U Rwanda ruri gusuzuma icyifuzo cy’Abanyamerika badashaka gusubira iwabo

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda iravuga ko irimo gusuzuma ubusabe bw’Abanyamerika bifuza ko u Rwanda rwababera igihugu nabo bakarubera abaturage beza kuko batifuza gusubira iwabo. Aba Banyamerika bavuga ko biteguye kubera u Rwanda abaturage beza kandi b’ingirakamaro bakavuga ko batifuza gusubira muri Amerika kubera ibibazo byari bibabangamiye nk’uko bavuga. Umwe muri bo, Imahkus Okofu […]
Papa Fransisiko agiye gukora uruzinduko rw’amateka mu gihugu cya Irak
Ku nshuro ya mbere kuva haduka icyorezo cya Covid-19, Papa Fransisiko guhera ku itariki 5 kugeza ku itariki 8 azakorera uruzinduko rwe rwa mbere mu mahanga mu gihugu cya Irak, ndetse rukaba ari n’uruzinduko rw’amateka nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere. “Nyuma yo kwakira ubutumire bwa Repubulika ya Irak na Kiliziya Gaturika yaho, Papa Fransisiko […]
U Rwanda rwisobanuye ku $35 atavugwaho rumwe acibwa amakamyo avuye muri Tanzania
Amadolari 35 yishyurwa na buri rukururana yinjiye ku butaka bw’u Rwanda ivuye mu gihugu cya Tanzania ni ayo gucumbikira abashoferi mu bigo by’akato babanza kunyuramo mu rwego rwo gukumira iwkirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 ntabwo ari umusoro nk’uko byatangajwe na minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Nshuti Manasseh. Ibi bisobanuro byatanzwe nyuma y’aho kuwa Mbere, […]
Dr Christine Uwimana amenye umubyeyi we nyuma y’imyaka 47
Nyuma y’imyaka 47 abayeho atazi se umubyara, Umunyarwandakazi Dr Uwimana Christine uba mu Busuwisi, yabashije kumenya se abifashijwemo n’Ijwi rya Amerika, aho yemeza ko kuri ubu yishimiye ko amateka ye yuzuye. Nyina wa Dr Christine witwa Agnes Kabarenzi, yapfiriye muri Gereza ya Ruhengeri, aho yafungiwe amaze gutabwa muri yombi nyuma ya kudeta yagejeje ku butegetsi […]
Kagame prĂ©sidera la rĂ©union du conseil d’administration de Smart Africa
Les chefs d’État et de gouvernement de 30 pays se rĂ©unissent aujourd’hui virtuellement pour discuter du travail de Smart Africa, une alliance de pays africains visant Ă accĂ©lĂ©rer la transformation numĂ©rique du continent. La neuvième rĂ©union du conseil sera prĂ©sidĂ©e par le prĂ©sident Paul Kagame, selon le communiquĂ© du secrĂ©tariat de l’organisation, actuellement basĂ© Ă […]
Mozambique: Papa yahaye inkunga abakozweho n’ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu
Umuyobozi wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, yageneye ubufasha abagizweho ingaruka n’ibitero by’intagondwa z’Abayisilamu mu Ntara ya Cabo Delgado, mu Majyaruguru ya Mozambique. Nyir’ubutungane (nk’uko Abakirisitu Gaturika babyemera) yahaye aba baturage inkunga y’Amadolari 121,000 (angana na 120,044,233 z’Amanyarwanda). Iyi nkunga Papa yayitanze nyuma y’aho aba baturage batabarijwe na Musenyeri mukuru wa Pemba, Luis Fernando Lisboa nk’uko […]
Rubavu: Baravuga ko barimo kwakwa amafaranga ngo bahabwe Shisha Kibondo
Muri imwe mu mirenge yo mu Karere ka Rubavu, irimo uwa Nyamyumba, Rugerero na Rubavu, hari ababyeyi batari bake batwite n’abonsa babarizwa mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri, bavuga ko badahabwa iyi fu ya shisha kibondo kandi ari uburenganzira bwabo mu rwego rwo kubunganira mu mirire bo n’abana. Basobanura ko n’ugerageje kuyisaba yakwa amafaranga adafite […]
Imbunda nto 10 za mbere ziringirwa mu kugaba ibitero ku Isi

Ni iyihe mbunda nziza yo kugaba igitero mu Isi? Ni iyihe mbunda igezweho yo kugaba ibitero n’impamvu? Tugiye kurebera hamwe urutonde rw’imbunda 10 wakwiringira mu kugaba ibitero hagendewe ku mikorere yazo, umusaruro wazo, kwiringirwa, abazikoresha n’ibindi. Uru rutonde ruriho imbunda wavuga ko ari izo muri iki gihe zigikoreshwa hirya no hino nk’uko tubikesha urubuga military-today.com. […]
Tanzania: Impunzi z’Abarundi zasabye kwimurirwa mu kindi gihugu
Abahagarariye impunzi z’Abarundi zahungiye mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Gatandatu ushize bandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ishami ryawo rishinzwe impunzi, UNHCR, ndetse n’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Human Rights Watch, basaba kobafashwa kwimurirwa mu kindi gihugu kuko barimo guhohoterwa bahatirwa gutaha ku ngufu. Kopi y’ibaruwa yanditswe n’izi mpunzi urubuga rwa SOS MĂ©dias Burundi yabashije kubona, […]
U Bwongereza bugiye kuba ubwa mbere mu gukingira abaturage Covid-19
Kuri iki Cyumweru u Bwongereza bwatangaje ko bugiye kuba igihugu cya mbere kigiye gutangira guha abaturage bacyo urukingo rwa coronavirus rwakozwe n’inganda, Pfizer na BioNTech. Inkingo za mbere zizahabwa abakora mu bijyanye n’ubuvuzi ndetse n’abarengeje imyaka 80 guhera kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Ukuboza, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubuzima. Inkingo hafi 800,000 nizo biteganyijwe […]
Museveni ari gukoresha umukobwa we mu gushaka amajwi mu rubyiruko

Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya gatandatu ku butegetsi, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yamaze gushyira umukobwa we, Natasha, mu ikipe izamufasha gukusanya amajwi by’umwihariko mu rubyiruko mu matora ateganyijwe mu mwaka utaha. Nubwo yatsindiye manda eshanu zose kuva mu 1996, Perezida Museveni yakunze guhura n’imbogamizi zo kubona amajwi by’umwihariko mu rubyiruko […]
Liberia: George Weah mu guhindura itegeko nshinga na manda ya mbere itararangira
Kuri uyu wa Kabiri w’icyumweru gitaha, Abanyaliberiya barajya mu matora ya referandumu yo guhindura itegeko nshinga, aho nibaramuka bemeje ko rihinduka biba ari ikigeragezo gikomeye kuri Perezida George Weah, abatavuga rumwe nawe bavuga ko ashaka gutera ikirenge mu cya bagenzi be bo muri Afurika y’uburengerazuba yiyamamariza manda ya gatatu. Abatora bagera kuri miliyoni 2.5 barahamagarirwa […]
Impamvu Gen. Muhoozi Kainerugaba asanga UPDF ari cyo gisirikare gikomeye azi
Umuhungu wa Perezida Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, Maj. Gen. Muhoozi Kainerugaba aravuga ko Igisirikare cya Uganda, UPDF, ari cyo cya mbere gikomeye azi kubera isezerano cyihaye kuva cyabaho. Ibi Gen. Kainerugaba yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter kuri uyu wa Gatandatu nk’uko bigaragara kuri uru rubuga nkoranyambaga akunze gukoresha ashyira ahagaragara ibyo […]
Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy’ibitaro by’akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13
Icyiciro cya 1 cy’Ibitaro by’akarere ka Nyarugenge, (Nyarugenge District Hospital), gifite ibitanda 120 cyuzuye gitwaye arenga miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda habariwemo n’ibikoresho, abaturage bakaba bavuga ko ibi bitaro biziye igihe. Ibi bitaro byatangiye kubakwa mu mwaka wa 2018 mu buryo bugezweho kandi bishyirwamo n’ibikoresho bigezweho abaturage bavuga ko byaje bikenewe. Bamwe mu baturage bashimira […]
Umutaliyanikazi Sarah yasezeye umugabo we Harmonize yifashishije amagambo akakaye
Sarah Michelotti, umugore wa CEO wa Konde Music Gang, ari we Harmonize, umuhanzi ukunzwe muri Tanzania no mu karere, yamaze gutandukana nawe ku mugaragaro nyuma y’aho uyu muhanzi yigambye ko yabyaye umwana hanze ndetse akanamwemera. Sarah avuga ko hari byinshi Harmonize amaze kumukorera ariko atakibashije kwihanganira gutenguhwa. Mu gahinda kenshi, Sarah yagize ati: “Nashakanye nawe […]
Uganda: Minisitiri yabujijwe kugira icyo avuga mu ishyingurwa rya Sheikh Muzaata

Abitabiriye umuhango wo gushyingura Sheikh Nuhu Muzaata wapfuye kuwa Gatanu ushize aguye mu Bitaro Mpuzamahanga bya Kampala, akaba yashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu, banze kumva ubutumwa bwa guverinoma bwari bujyanywe na minisitiri Sarah Kanyike. Ibihumbi by’abantu byahise bijya kwifatanya n’umukandida w’ishyaka NUP, ku mwanya wa perezida, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi nka Bobi Wine w’ubumwe bw’igihugu […]
Paris: Imyigaragambyo ya 2 yamagana itegeko rishya ry’umutekano yaranzwe n’urugomo

Ubugizi bwa nabi bwadutse kuwa Gatandatu wa kabiri ubwo ibihumbi by’Abafaransa byongeraga kwigabiza imihanda mu myigaragambyo yo kwamagana itegeko rishya rigenga ibijyanye n’umutekano. Benshi mu bigaragambya babanje kwigaragambya mu mahoro mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, mbere y’uko haduka guhangana gukomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya biganjemo abari bambaye umukara, barimo abari bipfutse mu maso. Bamwe mu […]
PerezidaTshisekedi yabujije Kabila gukandagira i Lubumbashi
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yabujijwe gukandagira i Lubumbashi, aho yari ategerejwe kuri uyu wa Gatandatu, amakuru atandukanye atangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu akaba avuga ko Perezida Felix Tshisekedi ubwe ari we wamwihamagariye mu gitondo cya kare amusaba gusubika urugendo rwe. Joseph Kabila yari ategerejwe i Lubumbashi , […]
Bakomeje gusaba ko inzitizi zibuza abangavu kuboneza urubyaro zivanwaho

Abifuza ko ingimbi n’abangavu bemererwa guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro bakomeje kotsa igitutu inzego zitandukanye ngo izo nzitizi zivanweho, aho impamvu batanga ku isonga haza ikibazo cy’abangavu batwara inda zitifuzwa kuri ubu babarirwa mu bihumbi 30 buri mwaka. Kuri uyu wa Gatanu, nibwo i Kigali hateraniye inama yo ku rwego rwo hejuru yagaragarijwemo ibyo u […]
Byinshi wamenya kuri kajugujugu kabuhariwe z’intambara za Mi-24 n’u Rwanda rutunze

Mi-24, kajugujugu ya mbere yatangiye gukoreshwa n’ingabo zirwanira mu kirere z’u Burusiya nk’indege y’ubwikorezi ndetse y’indwanyi, yakozwe hashingiwe kuri sisitemu yubatse ubwoko bwa Mi-8. Mu bushobozi bw’inyongera ifite harimo ubufasha bwo mu kirere butaziguye, kurasa za burende, guherekeza ingabo n’intambara yo mu kirere. Ubu bwoko bwa kajugujugu bwakoreshejwe cyane mu ntambara yo muri Afghanistan, yandika […]
Umutwe wa FIB wirukanye M23 ugiye kongerwamo ingabo zidaturuka muri SADC
Ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo, SADC, byamaze kwemeranya ku guhindura umutwe wa FIB (Force Intervention Brigade) wa Monusco, wahashyije umutwe wa M23 mu 2013, wongererwa ubushobozi bw’ibikoresho kugirango urusheho gushyira mu bikorwa inshingano zawo, aho hateganywa no kongeramo n’ingabo zitava mu bihugu bya SADC. Nyuma y’imyaka 7 ukorera muri Repubulika iharanira […]
Umunya-Nijeriyakazi Dr Ngozi Okonjo-Iweala, Umunyafurika w’Umwaka wa 2020
Umunyanijeriyakazi, Dr Ngozi Okonjo-Iweala, niwe wabaye Umunyafurika w’Umwaka wa 2020, aho akurikiye Umuyobozi wa Banki Nyafurika y’Iterambere, Akinwumi Adesina, wabaye Umunyafurika w’Umwaka mu mwaka ushize wa 2019, ndetse na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wabaye Umunyafurika w’Umwaka wa 2018. Dr Ngozi akaba ari no mu mwanya mwiza wo kugira uruhare rukomeye, guhindura Afurika no kujya […]
Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi muri Cyangugu
Mu mpera z’umwaka wa 1991 nyuma y’iyemerwa rya politiki ishingiye ku mashyaka menshi, MRND yafashe bamwe mu rubyiruko rwayo iruhuriza mu mutwe witwara gisirikare witwa Interahamwe. Uwo mutwe utangira washingiwe i Kigali ariko uza gukwira mu gihugu hose harimo n’uduce tunyuranye twa Perefegitura ya Cyangugu. Igitekerezo cyo gushyiraho Interahamwe kigeze i Cyangugu, hashyizweho inzego z’ubuyobozi […]
Uganda: Bobi Wine yamaganye ifatwa ry’umurinzi we washinjwe gushaka kumwica
Umukandida w’ishyaka NUP mu matora ategerejwe muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yamaganye itabwa muri yombi ry’umurinzi we, Norbert Ariho, washinjwe gushaka kumwica, watawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu. Inzego z’umutekano za Uganda zataye muri yombi Ariho, zimushinja kugerageza kugirira nabi Bobi Wine akoresheje ibyuka biryana mu maso kuwa Kabiri ushize mu […]
RDC: Abasivili basaga 10 bishwe batemaguwe n’abitwaje intwaro
Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, itariki 04 Ukuboza 2020 bacengeye mu giturage cya Munganga, muri Gurupoma ya Tondabo, muri Teritwari ya Irumu bahica abaturage bagera kuri 11. Umuhuzabikorwa w’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Convention pour le Respect des Droits Humains (CRDH), Mumbere Munyaderu, yabwiye urubuga rwa 7SUR7.CD dukesha iyi nkuru, ko hapfuye […]
Impunzi z’Abarundi zahungiye muri Tanzania zigiye gukusanyirizwa mu nkambi imwe
Inkambi zose z’impunzi z’Abarundi ziri muri Tanzania zigiye guhurizwa mu nkambi imwe guhera mu kwezi gutaha k’Ukuboza nk’uko biherutse gutangazwa n’intumwa idasanzwe ya minisiteri y’umutekano ya Tanzania mu ruzinduko yagiriye mu Nkambi ya Mtendeli kuwa Gatatu, itariki 25 Ugushyingo. Iyi nkuru dukesha urubuga rwa RPA rwo mu Burundi iravuga ko Inkambi ya Nduta ari yo […]
L’ancien Premier ministre Habumuremyi condamnĂ© Ă 3 ans de prison
L’ancien Premier ministre, Pierre Damien Habumuremyi, est sur le point de purger une peine de trois ans de prison et de payer une amende de 892,2 millions de francs rwandais après que le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge l’ait condamnĂ© vendredi 27 novembre, pour avoir Ă©mis des chèques sans provision. Habumuremyi, qui est dĂ©tenu Ă la […]
Ntabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nk’abandi mwabonye – Robert Kyagulanyi

Robert Kyagulanyi, umukandida w’ishyaka NUP mu matora ateganyijwe muri Uganda mu mwaka utaha, yatangaje ko atari umukandida usanzwe nk’abandi igihugu cyabonye, ndetse ashimangira ko kuba mu bashaka guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu byatunguye Museveni. “Ntabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nk’abandi mwabonye. Mu by’ukuri ntabwo nari muri gahunda ya Perezida Museveni nk’uzaba ahanganye nawe kandi ibyo […]
Kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera bigiye kurushaho kwihuta
Imirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera igiye kurushaho kwihutishwa nyuma y’aho u Rwanda rwumvikaniye na Qatar ku masezerano y’imikoranire muri uyu mushinga nk’uko byemezwa na Guverinoma y’u Rwanda. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatanu ubwo Guverinoma y’u Rwanda n’iya Korea y’Epfo zashyiraga umukono ku masezerano azwi nka “Bilateral Air Services Agreement” yemerera buri […]
Ingabo za Ethiopia zatangiye gusuka ibibombe ku murwa mukuru wa Tigray
Umuyobozi w’ingabo ziharanira kubohora abaturage bo mu Ntara ya Tigray (TPLF) aratangaza ko kuri uyu wa Gatandatu ingabo za Ethiopia zatangije igitero kigamije kwigarurira umurwa mukuru w’iyi ntara, Mekelle. Debretsion Gebremichael, uyobora Tigray People’s Liberation Front (TPLF) mu butumwa yoherereje Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, yavuze ko barimo gusukwaho imvura y’ibibombe. Billene Seyoum, umuvugizi w’ibiro bya […]
Abakuru b’ibihugu 5 bakize kurusha abandi muri Afurika

Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse ku ya 21 Kanama 1963 i Rabat, muri Maroc. Ubu ni umuyobozi wa Maroc, umwanya yafashe nyuma y’urupfu rwa se mu 1999. […]
Honduras: Uwari Perezida yafashwe agiye gusohakana mu gihugu 18,000$ arayihakana
Uwahoze ari Perezida wa Honduras, Manuel Zelaya, kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yafashwe agafungirwa ubusa ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Toncontin azira Amadolari 18,000 cash avuga ko atari aye. “Ntabwo nzi inkomoko y’ayo mafaranga. Ikigaragara, hashobora kuba hari umuntu wayashyize mu bintu byanjye. Nakoze ingendo inshuro 400 kandi nzi ko udashobora kugendana amafaranga angana […]
Rusesabagina yabwiye urukiko ko yashimuswe kugira ngo agere mu Rwanda
Paul Rusesabagina, ukurikiranweho n’ubutabera ibyaha by’iterabwoba n’ibindi, kuri uyu wa Gatanu yabwiye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ko yashimuswe ubwo yazanwaga mu Rwanda akamara iminsi ine nta muntu uzi aho aherereye, aboneraho gusaba gusesa icyemezo cyo gukomeza kumufunga by’agateganyo mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Rusesabagina, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi wahungiye mu Bubiligi akaba yarabaga muri […]
RDC: Abaturage barakaye batwitse station ya polisi
Urubyiruko rwo mu gasantere k’ubucuruzi ka Bule, muri Sheferi ya Bahema-Badjere, muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri rwatwitse station ya polisi iherereye muri aka gace irashya irakongoka. Jean-Richard Dhedda Lenga, umuyobozi wa Sheferi ya Bahema-Badjere, ku murongo wa telephone avugana na 7SUR7.CD, yatangaje ko uru rubyiruko rwatwitse iyi station ya polisi mu ijoror […]
Ishyamba si ryeru hagati y’Umuyobozi Wungirije wa Kikwit n’ibiro bya perezida
Abasirikare babiri ba FARDC, bivugwa ko bakora muri perezidansi, kuri uyu wa kane, itariki 26 Ugushyingo batawe muri yombi bashinjwa kugerageza gushimuta Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kikwit, Jean-Claude Mongala. Aba basirikare kuri ubu bafungiye mu bushinjacyaha bwa gisirikare mu Mujyi wa Kikwit, nk’uko amakuru urubuga 7SUR7.CD rukesha Umuvugizi w’a FARDC mu Ntara ya Kwilu, Major […]
25 Ă©tudiants font appel Ă l’UniversitĂ© du Rwanda après avoir perdu leur bourse
Les Ă©tudiants qui rejoignent l’UniversitĂ© du Rwanda (UR) avec une bourse du gouvernement signent un contrat de performance avec le Conseil de l’enseignement supĂ©rieur (HEC) selon lequel l’Ă©chec des examens entraĂ®nerait la perte de la bourse. Selon UR, 25 Ă©tudiants du dĂ©partement Finance and Business Management ont fait appel de cette dĂ©cision, demandant Ă UR […]
Umukozi w’ikigo cy’ubutasi cya CIA yiciwe muri Somalia
Umukozi wa CIA aherutse kwicirwa mu gikorwa cyabereye muri Somaliya, ibintu bishobora kubyutsa impaka muri Amerika ku bijyanye n’Abanyamerika bakiri muri iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika gikomeje kuzahazwa n’intambara za hato hato. Nk’uko ikinyamakuru New York Times cyashyize ahagaragara aya makuru kibitangaza, uyu mukozi wa CIA utaramenyekana, yari mu ishami rishinzwe ibikorwa bidasanzwe […]
Umugereki wabujije Katumbi amahirwe yo guhatanira kuba perezida yatawe muri yombi
Umugereki, Emmanuel Stoupis wigeze gushinja umuherwe Moise Katumbi kumwiba inzu ebyiri mu 2015, ndetse iyi dosiye ikaza kubuza Katumbi amahirwe yo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu 2018, kuri ubu biravugwa ko nawe yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano kuwa Kabiri ushize, itariki 24 Ugushyingo, nyuma y’ikirego cyatanzwe na Jean-Claude Muyambo umushinja gukoresha inyandiko mpimbano, ubufatanye mu […]
UR: Abanyeshuri 25 bajuririye icyemezo cyo kubambura buruse
Abanyeshuri 25 bo mu ishami rishinzwe imari n’ubucuruzi muri Kaminuza y’u Rwanda bajuririye icyemezo cyo kuguhagarikira buruse abanyeshuri batsinzwe ibizamini nk’uko biba bikubiye mu masezerano abemerera inguzanyo. Abanyeshuri binjiye muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) kuri buruse ya leta basinyana amasezerano y’imikorere n’Inama Nkuru y’Amashuri Makuru (HEC) havugwamo ko gutsindwa ibizamini byatuma batakaza buruse. Nk’uko Kaminuza […]
Brazil: Perezida Bolsonaro yarahiye ko atazemera guterwa urukingo rwa Covid-19
Perezida wa Brazil, Jair Bolsonaro kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ugushyingo, yatangaje ku mugaragaro ko atazigera yemera urukingo rwa Covid-19 kandi ari uburenganzira bwe. “Ndababwira, ntarwo nzakira. Ni uburenganzira bwanjye,” ibi ni ibyatangajwe na Perezida Bolsonaro bihita bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Igihugu cya Brazil, kimaze kubarurwamo abasaga miliyoni 6 banduye Covid-19, kiza inyuma […]
Impamvu Buyoya yeguye ku mirimo ye muri Afurika Yunze Ubumwe
Uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Buyoya, yatangaje impamvu aherutse gufata icyemezo cyo kwegura ku kazi yari amaranye iminsi k’intumwa ya Afurika Yunze Ubumwe muri Mali na Sahel, aho yavuze ko ashaka gufata umwanya uhagije akongera agasukura isura ye yahindanyijwe na dosiye y’iyicwa rya Melchior Ndadaye mu 1993 riherutse gutuma ubutabera bw’u Burundi bumukatira igihano […]
Kabale: Habuze ujya gusaba umurambo w’Umunyarwanda warasiwe ku mupaka
Abayobozi bo mu Karere ka Kabale, mu gihugu cya Uganda baravuga ko umurambo w’Umunyarwanda uherutse kurasirwa ku mupaka w’iki gihugu n’u Rwanda waheze mu buruhukiro habuze abantu bajya kuwusaba. Uyu Munyarwanda ni umwe mu gatsiko k’abantu umunani baherutse kuraswaho, kuwa Gatanu ushize, n’inzego z’umutekano z’u Rwanda mu Karere ka Burera, bagerageza kwinjiza magendu ya kanyanga […]
«Médiation extrajudiciaire» pour réduire les affaires judiciaires et la congestion des prisons
Cinq tribunaux de la ville de Kigali piloteront cette semaine un nouveau modèle que le Rwanda a adoptĂ© pour remplacer une peine de prison par d’autres formes de punition pour les criminels condamnĂ©s, selon le pouvoir judiciaire. Le nouveau modèle de «mĂ©diation» extrajudiciaire sera expĂ©rimentĂ© dans les tribunaux de première instance de Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge […]
Amwe mu makimbirane akomeye yaranze umuryango w’Ubwami bw’u Bwongereza

Kwicwa, gucana inyuma, kubeshya, no kwangana na byo ni bimwe mu bintu bibera mu miryango y’ibwami bamwe baba batazi nk’uko tugiye kurebera hamwe ibyabaye mu muryango w’ibwami mu Bwongereza nk’uko tubikesha Reader’s Digest. 1. Matilda n’abaturage Amateka y’amakimbirane yo mu miryango ya cyami yatangiye mu mwaka wa 1126, igihe Umwami Henry wa mbere yagiraga umukobwa […]
Lt. Gen. Tumukunde mu nzira zo gutangira kwiregura ku byo yavuze ku Rwanda
Urukiko mu gihugu cya Uganda rwongeye guhamagaza umukandida mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka utaha, Lt. Gen.(Rtd) Henry Tumukunde, ngo azitabe ku itariki 21 Ukuboza 2020 yisobanure ku birego bibiri aregwa byo gutunga imbunda mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’ubugambanyi bufitanye isano n’amagambo yigeze kuvuga ku Rwanda. Iki cyaha cy’ubugambanyi aregwa cyavuye mu kiganiro yagiriye […]
Perezida Kenyatta mu guhuza Tshisekedi na Kabila

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yohereje muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo intumwa igiye kugerageza kwegeranya Perezida Felix Tshisekedi n’uwo yasimbuye, Joseph Kabila, muri iki gihe batari guhuza ku miyoborere y’igihugu amahuriro yabo yombi ya politiki ahuriyeho. Iyo ntumwa ya Perezida Kenyatta ni Stephen Kalonzo Musyoka uri I Kinshasa kuva kuri uyu wa Kabiri, itariki […]
Tanzania: Impunzi z’Abarundi zategetswe kurandura imyaka zahinze mu nkambi
Kuva ku wa gatandatu ushize, impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Nyarugusu mu gihugu cya Tanzania zategetswe gusenya imirima yose y’ibihingwa zateye, usibye iy’imboga. Ni itegeko bivugwa ko ryatanzwe n’abayobozi ba zone zo mu nkambi, nabo bavuga ko ari amabwiriza yaturutse mu bategetsi b’iki gihugu. Iki cyemezo kandi giherutse gufatwa mu yindi nkambi icumbikiye impunzi […]
Mamadou Tandja, wahoze ari perezida wa Niger, yasezeye ku Isi
Mamadou Tandja, wahoze ari perezida wa Niger, yasezeye ku Isi y’abazima kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Ugushyingo 2020 ku myaka 82 y’amavuko. Uyu yategetse iki gihugu kuva mu 1999 kugeza mu 2010 ubwo yahirikwaga ku butegetsi nyuma yo kugerageza kubugundira. Mu bihe bya nyuma by’ubuzima bwe, abaturage ba Niger bafataga Mamadou “Baba “Tandja nk’umubyeyi […]
Itsinda rya mbere ry’abimuwe muri Kangondo rigiye kwimukira mu Busanza
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko bitarenze iki cyumweru itsinda rya mbere rya bamwe mu batuye ahashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga muri Kangondo ya mbere n’iya kabiri rizatangira kwimukira mu nzu nshya zubatswe mu buryo bugezweho mu Busanza. Aba baratangaza ko biteguye kwimukira mu nzu bubakiwe mu Busanza mu karere ka Kicukiro ahari nzu […]
La ville de Kigali saisit plus de 50 projets de construction bloqués
La ville de Kigali a repris 58 propriĂ©tĂ©s privĂ©es, y compris des parcelles de terrain et des projets de construction inachevĂ©s, invoquant des retards dans leur dĂ©veloppement. Les projets de construction inachevĂ©s repris, ont dĂ©clarĂ© les autoritĂ©s, n’ont pas progressĂ© dans l’exĂ©cution des plans de dĂ©veloppement attendus d’eux par la ville. Cette dĂ©cision est conforme […]
Burundi: Abahoze begereye Gen. Gaciyubwenge mu mboni z’igipolisi
Bamwe mu bahoze ari abasirikare bakuru mu gisirikare cy’u Burundi bahoze begereye uwahoze ari minisitiri w’Ingabo, Gen. Pontien Gaciyubwenge, bakekwaho kuba bakomeje gukorana nawe mu buryo bumwe cyangwa ubundi, kuri uyu wa Mbere basatswe bikomeye mu ngo zabo bakekwaho gutunga imbunda mugenzi wabo yaba yarabasigiye mbere yo guhunga nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida […]
Taylor Swift yaciye agahigo ko gutwara ibihembo byinshi mu mateka ya AMA

Ibihembo bya American Music Awards, byabaye mu ijoro ryo ku cyumweru mu birori byabereye muri Microsoft Theater i Los Angeles, byari ibirori bidasanzwe ku bahanzi The Weeknd na Taylor Swift, batwaye ibihembo bitatu buri umwe. Taylor Swift utaritabiriye iki gikorwa, yahise aba umuhanzi wa mbere umaze guhabwa ibihembo byinshi mu mateka ya American Music Award […]
Paris: Urubanza rwa Nicolas Sarkozy rwasubitswe nyuma y’amasaha 2 rutangiye
Urubanza rw’uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, ukurikiranweho ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha bwe nabi rwasubitswe kuri uyu wa Mbere nyuma y’amasaha abiri rutangiye kugirango habanze hatangwe raporo yo kwa muganga kuri umwe mu baburana. Sarkozy ashinjwa kuba yaragerageje gukura mu buryo bunyuranyije n’amategeko amakuru ku mucamanza wamukoragaho iperereza mu 2014. Uru nirwo […]
Menya ubwambuzi bushukana ndengakamere 5 bwa mbere bwo mu kinyajana cya 21
Ubwambuzi bushukana buzwi nka “Ponzi Scheme”, bwitiriwe umutekamutwe w’icyamamare, Charles Ponzi kuva mu myaka ya za 1920, kandi bwakoreshejwe mu buriganya bw’imari ku Isi. Ubu buryo bukora binyuze mu gusezeranya inyungu nyinshi abashoramari no gukoresha abandi bashoramari bashya mu kwishyura abashoramari ba mbere. Iyi niyo mpamvu ubu butekamutwe na none buzwi nka ” Pyramide scheme,” […]
Umujyi wa Kigali wigaruriye ibibanza n’imishinga bisaga 50 by’abikorera
Umujyi wa Kigali wongeye kwigarurira imitungo igera kuri 58 y’abikorera, harimo ibibanza n’imishinga y’ubwubatsi itararangira, bitewe no kuyikerereza. Abayobozi bavuga ko imishinga y’ubwubatsi itararangiye, itigeze itera imbere mu bijyanye no gushyira mu bikorwa gahunda z’iterambere ziteganijwe n’umujyi. Iki cyemezo kijyanye n’itegeko rya 2013 rigenga imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda. Mu ngingo ya 58, itegeko riteganya kwamburwa […]
Goma: Nyuma ya Simba Ngezayo, umunyemari Nestor Mahano nawe yishwe arashwe
Nyuma y’umuherwe, Simba Ngezayo, uherutse kwicirwa mu mujyi wa Goma arashwe n’abantu bitwaje imbunda, mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo, undi munyemari wakoraga mu bijyanye no kuvunja amafaranga y’amahanga witwa Nestor Mahano nawe yiciwe mu gace ka Katindo, muri uyu mujyi arashwe n’abantu batamenyekanye. Umuyobozi wa Katindo yabwiye urubuga 7SUR7.CD ko […]
Uganda: Abayobozi ba ‘ONGs’ z’abanyamahanga batangiye kwirukanwa

Byibuze abayobozi b’imiryango ibiri itegamiye kuri leta iterwa inkunga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Uganda baherutse guhambirizwa utwabo birukanwa muri iki gihugu bashinjwa gushyigikira imigambi yo guhindura ubutegetsi buriho ya Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine. Abandi bayobozi b’imiryango itegamiye kuri leta y’Abanyaburayi bari bamaze igihe batanga amasomo y’uburere […]
Un comité spécial mis en place pour examiner les longues détentions préventives
Un comitĂ© spĂ©cial a Ă©tĂ© mis en place et chargĂ© d’examiner la question des longs sĂ©jours dans les Ă©tablissements pĂ©nitentiaires avant les procès des suspects et de suggĂ©rer des moyens d’y remĂ©dier Ă long terme, ont entendu des membres des mĂ©dias ce lundi 23 novembre. S’adressant aux journalistes dans le cadre des activitĂ©s caractĂ©risant la […]
Ubushinjacyaha buritegura kujya bushyira ku karubanda amazina y’abasambanya abana

Inzego z’ubutabera z’u Rwanda zirimo kwiga ukuntu amazina y’abantu basambanya abana yazajya ashyirwa ku karubanda abantu bose bakabamenya aho kuri ubu harimo gukusanywa imibare banitegura mu rwego rw’ikoranabuhanga uko amazina yabo yagaragazwa ariko ibi bikaba ari ibintu bikiganirwaho n’inzego zitandukanye. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo, ubwo hatangizwaga Icyumweru cy’Ubucamanza cyizihijwe mu […]
FDLR irakekwaho kwica abasirikare 3 ba FARDC
Abasirikare batatu ba FARDC biciwe mu gico batezwe n’inyeshyamba zitaramenyekana muri Pariki ya Virunga, mu gace ka Kibumba, muri Teritwari ya Nyiragongo kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo 2020, umutwe wa FDLR akaba ari wo ukekwaho kuba inyuma y’iki gikorwa. Aya makuru yemejwe n’umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Major Guillaume Ndjike KaĂŻko […]