Madeleine Nirere nommée nouvelle ombudsman
Une rĂ©union du cabinet tenue, mercredi le 11 novembre, a nommĂ© Madeleine Nirere en tant que nouvelle Ombudsman et le Dr Christian Sekomo Birame en tant que nouveau directeur gĂ©nĂ©ral de l’Agence nationale de recherche et de dĂ©veloppement industriels (NIRDA), entre autres nominations. Nirere remplace l’ancien premier ministre Anastase Murekezi qui occupait le rĂŽle depuis […]
Polisi yerekanye abakozi ba yo bashinjwa kurya ruswa muri ContrĂŽle Technique
Abapolisi babiri banambaye impuzankano yâumwuga wabo ndetse nâumusivile bakurikiranweho icyaha cya ruswa beretswe itangazamakuru kuri uyu wa Kane bose bambitswe amapingu. Aba bapolisi biravugwa ko barya ruswa kugira ngo batange ibyangombwa byerekana ko umuntu yakoresheje isuzuma ryâikinyabiziga. Umuvugizi wa Polisi yâIgihugu, CP John Bosco Kabera, yavuze impamvu aba bashinzwe umutekano bahujwe nâuyu muturage. Ati: “Aba […]
Israel yagurishije Igisirikare cya Amerika uburyo bukataje bwâubwirinzi bwa misile

Israel yamaze gushyikiriza Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika radars zo mu bwoko bwa MMR (Multi-Mission Radars) zizajya zikoresherezwa hamwe nâuburyo bwâubwirinzi bwâibitero bya missiles buzwi nka âIron Dome missile defence systemâ bwaguzwe na Pentagon muri Kanama 2019. Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyakiriye MMR ya mbere yubatswe na ELTA Systems, ikigo […]
Umuryango wâUmugande Tusubira urasaba Guverinoma yâu Rwanda kumugeza mu rukiko
Umuryango wa Charles Tusibura, Umugande bivugwa ko afungiye mu Rwanda kuva ku itariki 27 Ukwakira urasaba Guverinoma ya Uganda kugira icyo ikora kugirango afungurwe, ukanasaba iy’u Rwanda kumugeza mu rukiko niba hari icyaha yakoze. Tusubira wâimyaka 39 ni we nyiri ikigo Kleenville Media gikora ibijyanye nâubushabitsi bwâamasoko no kwamamaza gikorera mu Rwanda kuva mu 2011. […]
50% byâAbanyakigali banenga serivisi zâamazi, benshi ntibazi gahunda nka VUP na Girinka

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo 2020, Urwego rwâIgihugu rwâImiyoborere, RGB, rwamurikiye abayobozi mu nzego zâibanze n’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Mujyi wa Kigali, ishusho y’uko abaturage babona imitangire ya serivisi (Citizen Report Card-CRC 2020), aho serivisi zâamazi ari zo ziza imbere mu kunengwa nâAbanyakigali, mu gihe benshi batazi ibijyanye na gahunda zo kwita ku […]
Burundi: Amanyanga muri cyamunara yâimitungo yâabaregwa gushaka guhirika ubutegetsi

Guhera kuri uyu wa Kabiri ushize mu gihugu cyâu Burundi hari kuba cyamunara itarimo kuvugwaho rumwe yâimitungo igizwe nâibikoresho byo mu nzu nâamazu byâabantu bakurikiranwe muri dosiye yo kugerageza guhirika ubutegetsi mu 2015, aho itangazamakuru ritemerewe kuyikurikirana, ndetse bikaba bivugwa ko iyo mitungo yamaze kugurwa nâabantu batiriwe banagaragara mu ipiganwa. Mu marembo yâinyubako ikoreramo minisiteri […]
RDC: Abadepite birukanye ku kazi Guverineri wa Maniema
Abadepite 15 muri 21 bâIntara ya Maniema kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo, batoye kwirukana Guverineri wâiyi Ntara, Auguy Musafiri utari uhari ubwo amatora yabaga. Guverineri Musafiri arashinjwa amakosa menshi arimo amacakubiri ashingiye ku bwoko, gucunga nabi umutungo no kuwunyereza nkâuko tubikesha urubuga 7SUR7.CD. Iyi nkuru ikaba ishimangira ko amatora yabaye guverineri wâintara adahari […]
Musanze: Un mĂ©decin arrĂȘtĂ© pour profanation et meurtre d’une jeune fille de 17 ans
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© l’arrestation du Dr Jean de Dieu Maniriho pour avoir prĂ©tendument profanĂ© et assassinĂ© plus tard Emerence Iradukunda, 17 ans, dans le district de Musanze. Maniriho, un dentiste de la clinique Mpore, une clinique privĂ©e de Musanze, est Ă©galement soupçonnĂ© d’avoir tentĂ© de pratiquer un avortement sur Iradukunda […]
Musanze: RIB iri gushakisha uwishe umwana wâimyaka 10 agahita acika

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rurimo gushakishwa uwitwa Izabayo Theodore, wo mu Karere ka Musanze ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana wâimyaka 10 agahita acika. Ni icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, mu Ntara yâAmajyaruguru kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Ugushyingo 2020. Itangazo rishakisha ryashyizwe ahagaragara na […]
Rubavu: Ku myaka 19 afite impano yo gukora imbunda

Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye ryâubugeni rya Nyundo, Imena Benoit , wo mu Karere ka Rubavu, afite inzozi zo kuzakora imbunda za nyazo, nubwo kuri ubu arimo arakora ibisa nkazo kubera ikibazo cyâibikoresho nâamikoro, akoresheje ibipapuro nâibikarito byashaje, zikaba zirimo kwifashishwa mu mashusho yâindirimbo zâabahanzi batandukanye, ku buryo uzibonye adapfa kubona ko atari imbunda za nyazo. […]
Musanze: Umuganga arakekwaho gutera inda no kwica umukobwa wâimyaka 17
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, ruremeza ko rwataye muri yombi Dr Jean de Dieu Maniriho, umuganga wo mu Karere ka Musanze ukurikiranweho gusambanya umukobwa wâimyaka 17 witwa Emerence Iradukunda yarangiza akamwica. Maniriho ni umuganga wâamenyo ukora kuri Mpore Clinic, ivuriro ryigenga ryo mu Karere ka Musanze, unashinjwa kugerageza gukuriramo inda Iradukunda nyuma yo kumenya ko yayimuteye. […]
RDC: Haravugwa isarurwa ritemewe ryâibiti bitukura birengera mu Rwanda

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa ibiti byâumutuku byaba birimo kubyazwa umusaruro mu buryo bunyuranyije nâamategeko, bikavanwa mu Murenge wa Maringa, muri Teritwari ya Kasongo mu Ntara ya Maniema, aho binyura muri Kivu yâAmajyepfo ngo bikarengera mu Rwanda. Ibi byatangajwe ku itariki 09 Ugushyingo 2020 na Iyalu Osenge, umuyobozi wâuyu murenge wa Maringa nkâuko […]
Imitangire mibi ya serivisi ishobora kuzagira ingaruka zikomeye ku gihugu – Inzobere
Inzobere mu by’ubukungu zisanga imitangire mibi ya serivisi, muri leta n’abikorera, ishobora kuba intandaro yatuma igihugu kitagera ku ntego zikubiye muri gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere, NST, no mu cyerekezo 2050, nkuko bitangazwa na Dr. Felicien Usengumukiza ukuriye ishami rishinzwe ubushakashatsi nâubugenzuzi mu Kigo cyâIgihugu cyâImiyoborere, RGB. Ibi biravugwa mu gihe urwego rwa serivisi rwihariye […]
Burundi: Imbonerakure yishwe iciwe umutwe
Umuntu umwe bivugwa ko ari Imbonerakure yishwe aciwe umutwe nâabantu bikekwa ko ari bagenzi be, mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize rishyira kuwa Mbere ku musozi wa Mukaka, Zone Buhoro, Komini Mabayi, mu Ntara ya Cibitoke. Amakuru agera ku rubuga rwa RPA, aravuga ko uyu wishwe ari uwitwa Evariste Nyandwi, wabarizwaga mu rubyiruko rwâishyaka riri […]
Donald Trump agiye gusiga yirukanye uwari minisitiri wâingabo
Mu gihe asigaje amezi atageze kuri abiri ngo asohoke muri White House, Perezida Donald Trump asize yirukanye uwari minisitiri wâingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mark Esper. Ibi Perezida Donald Trump yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Ugushyingo abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter. Perezida Trump kandi yatangaje ko Christopher Miller, wari ukuriye […]
ProcĂšs Rusesabagina: Audience d’appel poussĂ©e Ă la demande de l’accusĂ©
Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge a pour la deuxiĂšme fois reportĂ© lâaudience en appel de Paul Rusesabagina, Ă la demande du suspect parce que son avocat nâĂ©tait pas prĂ©sent. La semaine derniĂšre, Rusesabagina avait demandĂ© que son audience soit reportĂ©e au mardi 10 novembre, affirmant qu’aucun de ses avocats n’Ă©tait disponible Ă l’Ă©poque. Avant lâaudience […]
Maroc / Covid19 : Lancement dâune opĂ©ration nationale dâenvergure de vaccination contre la pandĂ©mie
Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI du Maroc a prĂ©sidĂ©, lundi 09 novembre 2020 au Palais Royal de Rabat, une sĂ©ance de travail consacrĂ©e Ă la stratĂ©gie de vaccination contre la Covid-19, qui sâinscrit dans le cadre du suivi continu par le Souverain de lâĂ©volution de la pandĂ©mie et des mesures prises dans le cadre […]
Gatsata: Abakora uburaya barasaba amakarita y’akazi
Bamwe mu bakora akazi ko kwicuruza ahitwa mu Kiderenka, mu Murenge wa Gatsata, ho mu Karere ka Gasabo, bavuga ko ubuzima bwabaye bubi kubera Covid-19, barifuza ko ubuyobozi bwabaha amakarita yemeza icyo bari cyo bakajya gushakira no mu tundi turere. Umwe muri aba waganiriye nâumunyamakuru wa Bwiza TV, witwa Iradukunda avuga ko mbere abakiriya babaga […]
Amadou Toumani Toure wahoze ari Perezida wa Mali yapfuye ku myaka 72
Gen. Amadou Toumani Toure wahoze ari Perezida wa Mali, washimiwe imbaraga yashyize mu gukurikira demokarasi muri iki gihugu mbere yo guhirikwa ku butegetsi nâabasirikare mu 2012, yapfuye ku myaka 72 nkâuko byatangajwe nâumuryango we kuri uyu wa Kabiri. Mwishywa we witwa Oumar Toure yabwiye AFP ati: âAmadou Toumani Toure yapfiriye mu ijoro ryo kuwa Mbere […]
USA: Jill Biden arashaka gukora amateka atarakozwe nâundi mufasha wa perezida

Mu gihe umugabo we, Joe Biden ari mu myiteguro yo kujya muri White House, umufasha we, Dr. Jill Biden ugiye kuba umugore wa mbere muri Amerika, we arateganya gukora amateka yo kuba umufasha wa perezida wa mbere ushaka kuzaguma mu kazi ke ka buri munsi. Ku myaka ye 69, Jill Biden agiye kuba umugore wa […]
Inshinge za cabotegravir 89% zikora neza mu kurinda virusi itera sida ku bagore – UNAIDS
Ubushakashatsi bwâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku kurwanya Sida (UNAIDS) buherutse gushyirwa ahagaragara burerekana ko urushinge rwa cabotegravir rufite ubushobozi hafi 90% bwo gukumira ubwandu bwa virusi itera SIDA ku bagore. Mu itangazo yashyize ahagaragara UNAIDS yanejejwe nâibyavuye mu bushakashatsi bwerekana ko imiti igabanya ubukana ya cabotegravir, iterwa mu nshinge buri mezi abiri, irinda virusi itera […]
Ingurube zisaga 350 zimaze guhitanwa nâindwara yadutse iri kuzibasira
Icyorezo cya Swine Erysipelas kimaze guhitana ingurube zigera kuri 379, cyangwa 0,67% byâingurube 56,706 zibarurwa mu turere twibasiwe nâiki cyorezo ari two; Rwamagana, Kicukiro, na Gasabo, nkâuko imibare yashyizwe ahagaragara nâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Iterambere ryâUbuhinzi nâUbworozi (RAB) kivuga. Nkâuko twabibagejejeho mu nkuru yacu kuri uyu wa Mbere, RAB ivuga ko iyi ndwara yitwa na none […]
Zaina Namiro na bagenzi be bari bakatiwe gufungwa imyaka 25 bagabanyirijwe igihano
Kuri uyu wa Mbere, Zaina Namiro na bagenzi be bari bakatiwe imyaka 25 yâigifungo bazira kwangiza imyanya ndangagitsina yâumukobwa mugenzi wabo witwa Mukamana Sandrine, bagabanyirijwe igihano bakatirwa imyaka 15 nyuma yo kujurira. Abaregwaga ni Namiro Zaina, Umurisa Gisele, Uwimana Zainabo, Umuhoza Rosine, Mutoni Hadidjah, Muhoza Connie na Kamanzi Cyiza. Ku itariki ya 17 Werurwe 2020, […]
Kenya irasabwa kudacyura ku ngufu umudepite wo muri Tanzania wahunze
Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Amnesty International, wasabye Guverinoma ya Kenya kutazakora ikosa ryo gucyura umudepite wo muri Tanzania, Gogbless Lema, wahunze igihugu, kuko ashobora kugirirwa nabi. Amnesty International ivuga ko Guverinoma ya Kenya ifite inshingano zo guvumbikira umuntu wese uhunga akaga mu gihugu cye kandi ko kuri Lema ashobora kugirirwa nabi mu gihe […]
Hateye indwara iri guhitana byihuse ingurube
Ikigo cyâIgihugu gishinzwe iterambere ryâUbuhinzi nâUbworozi (RAB) kiratangaza ko muri iyi minsi mu turere twa Rwamagana, Kicukiro na Gasabo hadutse indwara ziri gufata ingurube zikazica vuba nkâuko byemezwa nâaborozi bâaya matungo bavuga ko biri kudindiza ubworozi bwabo. Mu itangazo iki kigo cyashyize ahagaragara, kiramenyesha aborozi bâingurube bose ko isuzuma ryakorewe mu borozi barwaje ndetse no […]
Le financier prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsis face aux juges de l’ONU
Un financier prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsis de 1994 fait face Ă une audience prĂ©liminaire Ă La Haye mercredi, a dĂ©clarĂ© lundi un tribunal de l’ONU. FĂ©licien Kabuga, jadis lâun des hommes les plus riches du Rwanda, est accusĂ© d’avoir aidĂ© Ă crĂ©er une milice et avoir utilisĂ© sa sociĂ©tĂ© de mĂ©dias pour inciter […]
Kenya: Urukiko rwashimangiye igihano cy’urupfu cyahawe Miss wa gereza
Urukiko rw’ubujurire muri Kenya rwemeje igihano cy’urupfu cyahawe Miss wa Gereza ya Lang’ata 2016, witwa Ruth Wanjiru Kamande, wari ukurikiranweho kwica uwari umukunzi we. Mu mwaka wa 2018, nibwo Kamande yahamwe n’icyaha cyo kwica umukunzi we Farid Mohammed wâimyaka 24 amuteye icyuma inshuro 22 mu rugo rwe i Nairobi mu 2015 nyuma yo kuvuka igitotsi […]
Mukuru wa Barack Obama yababajwe no gutsindwa kwâinshuti ye Trump
Malik Obama, mukuru wa Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagereranyije amatora inshuti ye Donald Trump yatsinzwe nkâamatora yabaye iwabo mu gihugu cya Kenya mu 2013, avuga ko yaranzwe nâibintu bidasanzwe ndetse nâuburiganya. Nubwo ahuje se na Barack Obama, Malik Obama, ni umufana ukomeye wa Perezida Donald Trump kandi yifuzaga […]
Burundi: Imitungo ya bamwe mu bahunze igihugu iratangira gutezwa cyamunara

Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Ugushyingo 2020, hatangira cyamunara yâimitungo yafatiriwe nâubutabera mu rwego rwo kugirango itangirika ndetse ikomeze kugirira akamaro igihugu nkâuko bigaragara mu itangazo rya minisiteri yâubutabera ryashyizwe ahagaragara ku itariki 06 Ugushyingo. Amakuru amwe avuga ko muri iyo mitungo harimo imodoka, amapikipiki […]
Abasirikare basaga 100 ba Ethiopia bamaze gukomerekera mu mirwano muri Tigray
Abasirikare ba Ethiopia basaga 100 bamaze gukomerekera mu mirwano imaze iminsi itanu ibera mu Ntara ya Tigray, mu gihe imibare ikomeje kuzamuka nkâuko byemejwe na Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Abiy Ahmed. Amakuru aturuka mu nzego zâubuzima muri Ethiopia aravuga ko abasirikare babarirwa mu 100 barimo kuvurwa ibikomere mu bitaro byo mu Ntara ya Amhara. Minisitiri […]
Uganda: Batatu mu muryango umwe bishwe nâumuriro bagerageza gutabarana
Abaturage bo mu gace ka Tamu, mu karere ka Mityana mu gihugu cya Uganda bari mu gahinda kenshi nyuma yâurupfu rwâabantu batatu bo mu muryango umwe bishwe nâamashanyarazi ku mugoroba wo kuwa Gatanu ushize bagerageza gutabarana. Igipolisi kiravuga ko abapfuye ari Maria Naddamba wâimyaka 45, Margaret Kivumbi wâimyaka 24 na Fiina Kivumbi wâimyaka 9. Iyi […]
Burundi: Perezida Ndayishimiye nâumufasha we mu kato nyuma yo gukubuka i Malabo
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye nâumufasha we, Angeline Ndayubahe, baruhukiye mu kato kâamasaha 72 nyuma yo gukubuka mu ruzinduko rwâiminsi itanu mu gihugu cya Guinea Equatorial. âTuvuye mu gihugu coronavirus ikirimo, ntawamenya, twaririnze ubwo twari turiyo, ndetse nâuyu munsi dukomeje kwirinda. Ariko nta wamenya kubera ko murabizi ko virus inyura mu mwuka,â ibi ni ibyatangajwe […]
Nyarugenge: Umugore wubatse araregwa gusambanya umuhungu abyaye
Umuryango wâumwana wâumuhungu wâimyaka 15 wo mu Mujyi wa Kigali wagaragaje ko utishimiye uburyo Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rurimo gukurikirana ikibazo cyâumwana wabo, bivugwa ko yasambanywaga nâumugore wubatse, bavuga ko iyo aza kuba ari umukobwa iki kibazo kiba cyarakemuwe nâububasha bwose bwâamategeko. Nkâuko bitangazwa nâabaturage bo mu Mudugudu wâAgatare, mu Kagali ka Nyabugogo, mu Murenge […]
Ibigwi bya Kamala Harris, Umwiraburakazi wa mbere ubaye visi perezida wa USA

Kamala Harris niwe Munyamerikakazi ufite igisekuru mu Buhinde wabaye senateri, ndetse aba nâUmunyamerikakazi ufite igisekuru muri Afurika wa kabiri wabaye umusenateri, kuri ubu akaba agiye kuba nâUmunyamerikazi wa mbere ufite inkomoko muri Afurika n’umugore wa mbere ugiye kuba visi perezida. Kamala Devi Harris wavukiye mu Mujyi wa Oakland, muri Leta ya California, ku itariki 20 […]
Abanyeshuri bari basigaye mu rugo na bo bagiye gutangira gusubira ku ishuri
Nyuma yâaho icyiciro cya mbere cyâabanyeshuri biga mu myaka ya 3, uwa 5 nâuwa 6 kigereye ku bigo byâamashuri bigaho, minisiteri yâuburezi yatangaje gahunda yâamatariki azakorwaho ingendo zâicyiciro cya kabiri cyâabanyeshuri biga mu wa 1, uwa 2 nâuwa 4 biga mu mashuri yisumbuye nâayâubumenyingiro (icyiciro cya 3)bazaba basubira ku bigo bigaho bacumbikirwa. Izo ngendo zateguwe […]
Uganda: Abanyankole bamaze guhitamo Bobi Wine nka perezida wabo mushya
Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, akazaba ahagarariye ishyaka NUP mu matora yâumukuru wâigihugu ataha muri Uganda, kuri ubu muri Ankole bamaze kumuha izina rya âMusinguziâ bivuga Utsinda (Victor). Iri zina ryâakabyiniriro yarihawe ubwo ishyaka NUP ryatangazaga Manifesto yaryo ya 2021-2026 kuri Kakyeka Stadium, mu Mujyi wa Mbarara kuri uyu wa Gatandatu. Visi […]
Perezida Kagame yijeje mugenzi we, Felix Tshisekedi, ko amushyigikiye

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 07 Ugushyingo, Umukuru wâIgihugu, Paul Kagame yakiriye itsinda ryâintumwa ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimuzaniye ubutumwa bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi bujyanye nâishusho yâimibanire myiza hagati yâibihugu byombi. Perezida wa Repubulika nâizi ntumwa zaturutse i Kinshasa baganiriye ku kuntu ubutwererane hagati yâibihugu byombi bwarushaho gukomezwa. Intumwa za Perezida […]
Les citoyens amĂ©ricains au Rwanda ont votĂ© par l’intermĂ©diaire de l’ambassade
Plus de 100 ressortissants amĂ©ricains vivant au Rwanda ont votĂ© par l’intermĂ©diaire de l’ambassade, a confirmĂ© un responsable. Selon le porte-parole de l’ambassade, les citoyens ont dĂ©posĂ© des bulletins de vote par correspondance Ă l’ambassade des Ătats-Unis au cours de ce cycle Ă©lectoral. “Les bulletins de vote ont Ă©tĂ© envoyĂ©s par valise diplomatique aux Ătats-Unis, […]
Imyaka 14 irashize Saddam Hussein akatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe

Imyaka 14 irashize uwahoze ari Perezida wa Irak, Saddam Hussein, akatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe nâUrukiko Rukuru Mpanabyaha rwa Irak. Ku itariki nkâiyi ya 05 Ugushyingo mu 2006 nibwo urukiko rwakatiye Saddam Hussein igihano cyâurupfu nyuma yo kumuhamya kugira uruhare mu iyicwa ryâabaturage 148 bâAbashiite mu giturage cya DoujaĂŻl, mu 1982, nyuma yâigitero cyari kimaze […]
OIF: Louise Mushikiwabo yashyizeho umuyobozi w’ibiro bye
Louise Mushikiwabo, yagize Umunya-Tunisia, Mourad Ben Dhiab, umuyobozi wâibiro bye (Chef de cabinet) mu muryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa, OIF, bifite icyicaro I Paris mu Bufaransa. Mourad wahoze ari umudipolomate, nâumunyamategeko wabihuguriwe, yinjiye mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe i Addis Abeba nk’umunyamategeko mukuru mu biro byâumujyanama mu by’amategeko, nyuma azamurwa ku mwanya wâUmunyamabanga wa Komisiyo […]
Kigali: Haravugwa ifungwa ryâumucuruzi w’Umugande
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda ataremezwa nâurwego urwo ari rwo rwose mu Rwanda, aravuga ko umunyemari wâUmugande witwa Charles Tusubira, utuye mu Mujyi wa Kigali yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano zimusanze iwe ku itariki 27 Ukwakira 2020 kugeza ubu hakaba hatazwi neza aho yaba aherereye. Aya makuru yashyizwe ahagaragara nâikinyamakuru Chimpreports aravuga ko Tusubira […]
Cote dâIvoire: Uwafashije Ouattara kugera ku butegetsi yahamagariye ingabo kumuhirika
Guillaume Soro, wahoze ari umuyobozi wâinyeshyamba, kuri ubu akaba abarizwa mu ruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi muri Cote dâIvoire, yahamagariye ingabo zâiki gihugu guhaguruka zikigomeka ku butegetsi zigakuraho Perezida Allassane Ouattara wongeye gutsindira kuyobora iki gihugu ku majwi 94% nkâuko byemejwe na Komisiyo yâamatora. Icyakora, abatavuga rumwe nâubutegetsi bahakanye amajwi, bavuga ko icyifuzo cya Ouattara cyo […]
Agathe Kanziga yasobanuye icyo Paul Barril yamumariye igihe yari mu gihirahiro
Umupfakazi wâuwahoze ari Perezida wâu Rwanda, Juvenal Habyarimana, ari we Agathe Kanziga, yabwiye Urukiko rwa Paris ko aho ahuriye nâUmujandarume wâUmufaransa Paul Barril ari uko yemeye kumufasha mu iperereza ku rupfu rwâumugabo we mu gihe nta wundi wari wagerageje kuritangiza haba mu Bufaransa nâahandi. Kanziga ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, […]
Université KIM fermée définitivement en raison de contraintes financiÚres
La direction de lâuniversitĂ© KIM a annoncĂ© que lâuniversitĂ© ne rouvrirait pas ses portes Ă lâenseignement et Ă dâautres services connexes en raison de «problĂšmes financiers». L’universitĂ© a annoncĂ© le dĂ©veloppement dans un communiquĂ© le 3 novembre. Selon la dĂ©claration signĂ©e par le vice-chancelier par intĂ©rim de lâinstitution, Jean-Baptiste Mugabe, La decision a Ă©tĂ© prise […]
RDC: Babiri barimo umuyobozi wâikigo cyâishuri biciwe mu gitero cya FDLR
Inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR ziravugwaho kwica abantu babiri, barimo umuyobozi wâikigo cyâishuri giherereye muri gurupoma ya Tongo, yo muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuwa Kabiri, itariki 03 Ugushyingo 2020. âBishe abantu babiri. Umuyobozi wâishuri nâushinzwe umutungo bishwe nâAba-FDLR. Turimo kwibaza impamvu ubuzima busigaye […]
USA: Ilhan Omar ukomoka muri Somalia yatsindiye manda ya 2 mu Nteko

Umudemokaratekazi, Ilhan Omar, umwe mu bagore ba mbere bâAbayisilamukazi binjiye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba nâumwimukira ukomoka muri Somalia, yatsindiye manda ya kabiri nyuma yo gutsinda mu matora uwo bari bahanganiye guhagararira Minnesota, umunyemari wâumwirabura wâUmunyamerika, Lacy Johnson wo mu ishyaka ryâAbarepubulikani. Ilhan Omar yamutsinze ku majwi 64,6%, mu […]
Aravuga ko yumva agiye guta umutwe kubera ibyo yakorewe muri Uganda

Ubwo Umunyarwanda Stephen Umugwaneza, wâimyaka 34, yafataga icyemezo cyo kujya gushora imari muri Uganda mu myaka ishize, avuga ko atigeze atekereza ko umunsi umwe abayobozi bâiki gihugu, nâurwego rwâubutasi bwa gisirikare, CMI, bazamushimuta, bakamufunga, bakamukorera nâiyicarubozo ndetse akamburwa utwo yavunikiye ku buryo ubu yumva agiye guta umutwe. Umugwaneza ni umwe mu Banyarwanda batandatu baherutse kurokoka […]
Ibyo yabonye mu Rwanda nyuma ya Jenoside nâubu biracyamutera mu nzozi ze

John Kennedy ntabwo yigeze ajya ku rugamba mu myaka 20 yamaze mu gisirikare cya Canada, ntiyigeze arasa umuntu uwo ari we wese; ntiyigeze abona inshuti ze zituritswa nâibisasu, ariko ibyo yabonye mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 na nâubu biracyamutera mu nzozi ze. Kennedy yoherejwe mu Rwanda, mu burasirazuba bwa Afurika, mu […]
Uganda: Minisitiri Rukutana yongerewe icyaha cyo kwibisha imbunda
Umuyobozi wâUbushinjacyaha bwa Uganda, yahinduye urupapuro rwâikirego cyashinjwaga minisitiri Mwesigwa Rukutana cyo gukoresha urugomo, yongeraho icyaha cyâubujura bwitwaje intwaro no guteza ibyago bikomeye. Uyu Munyamabanga wa leta ushinzwe umurimo, ategerejwe mu rukiko kuri uyu wa Gatatu, ngo amenyeshwe ikirego cye nyuma yâaho yari yarekuwe byâagateganyo nâurukiko rwâibanze. Ikirego gishya kivuga ko Rukutana yibye terefone ngendanwa […]
Burundi: Hafi yâibiro bya Guverineri wa Kayanza hatowe ibisasu bya gerenade
Kuri uyu wa Mbere ushize nyuma ya saa sita grenades 4 zari zifunyitse mu ishashi zatoraguwe kuri imwe mu ntebe ziba zicayeho abantu baba bategereje kuvugana na Guverineri wâIntara ya Kayanza, mu majyaruguru yâu Burundi. Ubuyobozi bwâintara buvuga ko iki gikorwa nta kibi cyari kigamije, mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi batinya ko waba ari umugambi […]
Amajyaruguru: Bamaze imyaka 8 bategereje ingurane zâibyangijwe nâimiyoboro
Abaturage bo mu turere twa Gicumbi, Rulindo na Burera bamaze imyaka 8 bategereje ingurane zâimitungo yabo yangijwe nâimiyoboro y’amashanyarazi, aho Ikigo cyâIgihugu gishinzwe ingufu REG kivuga ko abaturage basaga gato 200 gusa ari bo batarishyurwa mu gihe mu karere kamwe habarizwa byibuze abasaga 2300 bafite iki kibazo cyo kutishyurwa. Aba baturage bagaragaza ko imiyoboro y’amashanyarazi […]
Ibintu 4 mu mibanire yâabashakanye biba bikwiye gukomeza kuba ibanga ryabo
Hari ibintu bimwe mu mibanire yâabashakanye biba bitagomba kuganirwaho nâabandi bantu usibye mugenzi wawe mubana. Umubano w’abakundana urihariye kubera ubucuti, isano y’umubiri n’amarangamutima bisangiwe nâabantu babiri, aho kuba batatu nkâuko abahanga mu byâimibanire babivuga. Twese twagiye tugirana nâinshuti zacu ibiganiro ku rukundo rwacu cyangwa tukabigirana abantu twizeye. Ariko, ni ngombwa kumenya ko ibintu byose biba […]
Agatha Kanziga yitabye Urukiko rwa Paris mu iperereza ku mujandarume Paul Barril

Agathe Kanziga, umupfakazi wâuwahoze ari Perezida wâu Rwanda, Juvenal Habyarimana, kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 Ugushyingo, yagejejwe imbere yâurukiko rwa Paris agiye kubazwa mu iperereza ku ruhare Umujandarume wâUmufaransa, Paul Barril, yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi nkâuko bitangazwa nâIbiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP. Ku myaka ye 78, Agathe Kanziga yahamagajwe nâumucamanza wâiperereza wari ushinzwe iri […]
Lâancien procureur gĂ©nĂ©ral, Jean Bosco Mutangana, libĂ©rĂ©
Le Bureau d’EnquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© la libĂ©ration de Jean-Bosco Mutangana, l’ancien procureur gĂ©nĂ©ral, qui avait Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© pour utilisation prĂ©sumĂ©e de faux documents. Thierry Murangira, le porte-parole de RIB a dĂ©clarĂ© au New Times que le suspect avait Ă©tĂ© libĂ©rĂ© lundi 2 novembre, mais il a indiquĂ© que des enquĂȘtes Ă©taient en […]
Arusha: Hasubukuwe urubanza rw’abagerageje guhindura igihano cyahawe Ngirabatware

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 Ugushyingo 2020, ku cyicaro cyâurwego rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe nâUrukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) i Arusha, hasubukuwe urubanza ruregwamo Turinabo n’abareganwa na we, bashinjwa kugerageza guha ruswa abatangabuhamya bagamije guhindura igihano cyahawe Augustin Ngirabatware wari minisitiri wâigenamigambi mu gihe cya jenoside, hatangwa ibimenyetso bibashinja. Inyandiko […]
Uganda: Umuvugizi wâishyaka FDC yatawe muri yombi

Umuvugizi wâishyaka FDC, Ibrahim Ssemujju Nganda, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yatawe muri yombi ajyanwa gufungirwa kuri Station ya polisi ya Najjanakumbi mu Karere ka Wakiso mu gihugu cya Uganda. Bwana Ssemujju yafashwe nâabapolisi nâabasirikare ubwo yari mu nzira agana ku biro byâishyaka FDC bivugwa ko byari byafunzwe nâigipolisi kitemerera umuntu wese kubikandagiraho. […]
U Rwanda na Ghana byasinyanye amasezerano azarushaho gushimangira umubano wabyo
Kuri uyu wa Mbere, itariki 02 Ugushyingo 2020, u Rwanda na Ghana byagiranye amasezerano yâubufatanye rusange agamije gushyiraho komisiyo ihoraho yâubufatanye hagati yâibihugu byombi (Permanent Joint Commission for Cooperation), yashyiriweho umukono, i Accra hagati ya Minisitiri wa Ghana ushinzwe ububanyi nâamahanga, Shirley Ayorkor Botchwey, na Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda, Dr Vincent Biruta. Minisitiri Shirley […]
Burundi: Haribazwa ikihishe inyuma yâimirambo ikomeje kugaragara kuri Rusizi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 02 Ugushyingo 2020, ku nkengero zâUmugezi wa Rusizi hagaragaye imirambo ibiri, uwâumugabo nâundi wâumugore yabonwe nâabantu bitambukiraga ku muhanda wa 6 munsi yâagasozi ka Kagazi, zone ya Cibitoke, muri Komini Rugombo, ho mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâu Burundi, aho abaturage bakomeje kwibazwa ikihishe inyuma […]
RDC: Inyeshyamba zafashe zimwe mu mfungwa ziherutse gutoroka zizishyikiriza leta
Intumwa yâumugaba mukuru wâingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo muri Beni, ho mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, Col. Mukulu, kuri uyu wa Mbere, itariki 02 Ugushyingo yemeje ko inyeshyamba zâumutwe wa UPLC (Union du Peuple pour la LibĂ©ration du Congo) zibarizwa ahitwa Kalunguta, ku muhanda Butembo-Beni, zashyikirije FARDC imfungwa 50 zataye muri yombi mu […]
Tshisekedi yaba arimo guhigika amasezerano yatumye Kabila yemera kurekura ubutegetsi
Bikomeje kuvugwa ko Joseph Kabila yaba yaragiranye amasezerano na Perezida Tshisekedi mbere yo kuva ku butegetsi mu rwego rwo kwizera ko mu gihe azaba atakiri ku butegetsi nta muntu uzamukurikirana kimwe nâabantu be ba hafi, ibintu bisa nk’aho Perezida Tshisekedi arimo kugerageza guhindura muri iki gihe bikaba bihangayikishije uruhande rwa Kabila. Joseph Kabila ngo akaba […]