Madeleine Nirere nommée nouvelle ombudsman

Une rĂ©union du cabinet tenue, mercredi le 11 novembre, a nommĂ© Madeleine Nirere en tant que nouvelle Ombudsman et le Dr Christian Sekomo Birame en tant que nouveau directeur gĂ©nĂ©ral de l’Agence nationale de recherche et de dĂ©veloppement industriels (NIRDA), entre autres nominations. Nirere remplace l’ancien premier ministre Anastase Murekezi qui occupait le rĂŽle depuis […]

Polisi yerekanye abakozi ba yo bashinjwa kurya ruswa muri ContrĂŽle Technique

Abapolisi babiri banambaye impuzankano y’umwuga wabo ndetse n’umusivile bakurikiranweho icyaha cya ruswa beretswe itangazamakuru kuri uyu wa Kane bose bambitswe amapingu. Aba bapolisi biravugwa ko barya ruswa kugira ngo batange ibyangombwa byerekana ko umuntu yakoresheje isuzuma ry’ikinyabiziga. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, yavuze impamvu aba bashinzwe umutekano bahujwe n’uyu muturage. Ati: “Aba […]

Israel yagurishije Igisirikare cya Amerika uburyo bukataje bw’ubwirinzi bwa misile

flickr_-_israel_defense_forces_-_iron_dome_intercepts_rockets_from_the_gaza_strip.jpg

Israel yamaze gushyikiriza Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika radars zo mu bwoko bwa MMR (Multi-Mission Radars) zizajya zikoresherezwa hamwe n’uburyo bw’ubwirinzi bw’ibitero bya missiles buzwi nka “Iron Dome missile defence system’ bwaguzwe na Pentagon muri Kanama 2019. Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyakiriye MMR ya mbere yubatswe na ELTA Systems, ikigo […]

Umuryango w’Umugande Tusubira urasaba Guverinoma y’u Rwanda kumugeza mu rukiko

Umuryango wa Charles Tusibura, Umugande bivugwa ko afungiye mu Rwanda kuva ku itariki 27 Ukwakira urasaba Guverinoma ya Uganda kugira icyo ikora kugirango afungurwe, ukanasaba iy’u Rwanda kumugeza mu rukiko niba hari icyaha yakoze. Tusubira w’imyaka 39 ni we nyiri ikigo Kleenville Media gikora ibijyanye n’ubushabitsi bw’amasoko no kwamamaza gikorera mu Rwanda kuva mu 2011. […]

50% by’Abanyakigali banenga serivisi z’amazi, benshi ntibazi gahunda nka VUP na Girinka

emichs1w4aa1m-b.png

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo 2020, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwamurikiye abayobozi mu nzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Mujyi wa Kigali, ishusho y’uko abaturage babona imitangire ya serivisi (Citizen Report Card-CRC 2020), aho serivisi z’amazi ari zo ziza imbere mu kunengwa n’Abanyakigali, mu gihe benshi batazi ibijyanye na gahunda zo kwita ku […]

Burundi: Amanyanga muri cyamunara y’imitungo y’abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi

icamunara4.jpg

Guhera kuri uyu wa Kabiri ushize mu gihugu cy’u Burundi hari kuba cyamunara itarimo kuvugwaho rumwe y’imitungo igizwe n’ibikoresho byo mu nzu n’amazu by’abantu bakurikiranwe muri dosiye yo kugerageza guhirika ubutegetsi mu 2015, aho itangazamakuru ritemerewe kuyikurikirana, ndetse bikaba bivugwa ko iyo mitungo yamaze kugurwa n’abantu batiriwe banagaragara mu ipiganwa. Mu marembo y’inyubako ikoreramo minisiteri […]

RDC: Abadepite birukanye ku kazi Guverineri wa Maniema

Abadepite 15 muri 21 b’Intara ya Maniema kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo, batoye kwirukana Guverineri w’iyi Ntara, Auguy Musafiri utari uhari ubwo amatora yabaga. Guverineri Musafiri arashinjwa amakosa menshi arimo amacakubiri ashingiye ku bwoko, gucunga nabi umutungo no kuwunyereza nk’uko tubikesha urubuga 7SUR7.CD. Iyi nkuru ikaba ishimangira ko amatora yabaye guverineri w’intara adahari […]

Musanze: Un mĂ©decin arrĂȘtĂ© pour profanation et meurtre d’une jeune fille de 17 ans

Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© l’arrestation du Dr Jean de Dieu Maniriho pour avoir prĂ©tendument profanĂ© et assassinĂ© plus tard Emerence Iradukunda, 17 ans, dans le district de Musanze. Maniriho, un dentiste de la clinique Mpore, une clinique privĂ©e de Musanze, est Ă©galement soupçonnĂ© d’avoir tentĂ© de pratiquer un avortement sur Iradukunda […]

Musanze: RIB iri gushakisha uwishe umwana w’imyaka 10 agahita acika

emic8xaw8aadq8a.jpg

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rurimo gushakishwa uwitwa Izabayo Theodore, wo mu Karere ka Musanze ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana w’imyaka 10 agahita acika. Ni icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, mu Ntara y’Amajyaruguru kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Ugushyingo 2020. Itangazo rishakisha ryashyizwe ahagaragara na […]

Rubavu: Ku myaka 19 afite impano yo gukora imbunda

vlcsnap-2020-11-11-12h06m45s165.png

Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye ry’ubugeni rya Nyundo, Imena Benoit , wo mu Karere ka Rubavu, afite inzozi zo kuzakora imbunda za nyazo, nubwo kuri ubu arimo arakora ibisa nkazo kubera ikibazo cy’ibikoresho n’amikoro, akoresheje ibipapuro n’ibikarito byashaje, zikaba zirimo kwifashishwa mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye, ku buryo uzibonye adapfa kubona ko atari imbunda za nyazo. […]

Musanze: Umuganga arakekwaho gutera inda no kwica umukobwa w’imyaka 17

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruremeza ko rwataye muri yombi Dr Jean de Dieu Maniriho, umuganga wo mu Karere ka Musanze ukurikiranweho gusambanya umukobwa w’imyaka 17 witwa Emerence Iradukunda yarangiza akamwica. Maniriho ni umuganga w’amenyo ukora kuri Mpore Clinic, ivuriro ryigenga ryo mu Karere ka Musanze, unashinjwa kugerageza gukuriramo inda Iradukunda nyuma yo kumenya ko yayimuteye. […]

RDC: Haravugwa isarurwa ritemewe ry’ibiti bitukura birengera mu Rwanda

bois-rouge.jpg

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa ibiti by’umutuku byaba birimo kubyazwa umusaruro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bikavanwa mu Murenge wa Maringa, muri Teritwari ya Kasongo mu Ntara ya Maniema, aho binyura muri Kivu y’Amajyepfo ngo bikarengera mu Rwanda. Ibi byatangajwe ku itariki 09 Ugushyingo 2020 na Iyalu Osenge, umuyobozi w’uyu murenge wa Maringa nk’uko […]

Imitangire mibi ya serivisi ishobora kuzagira ingaruka zikomeye ku gihugu – Inzobere

Inzobere mu by’ubukungu zisanga imitangire mibi ya serivisi, muri leta n’abikorera, ishobora kuba intandaro yatuma igihugu kitagera ku ntego zikubiye muri gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere, NST, no mu cyerekezo 2050, nkuko bitangazwa na Dr. Felicien Usengumukiza ukuriye ishami rishinzwe ubushakashatsi n’ubugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere, RGB. Ibi biravugwa mu gihe urwego rwa serivisi rwihariye […]

Burundi: Imbonerakure yishwe iciwe umutwe

Umuntu umwe bivugwa ko ari Imbonerakure yishwe aciwe umutwe n’abantu bikekwa ko ari bagenzi be, mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize rishyira kuwa Mbere ku musozi wa Mukaka, Zone Buhoro, Komini Mabayi, mu Ntara ya Cibitoke. Amakuru agera ku rubuga rwa RPA, aravuga ko uyu wishwe ari uwitwa Evariste Nyandwi, wabarizwaga mu rubyiruko rw’ishyaka riri […]

Donald Trump agiye gusiga yirukanye uwari minisitiri w’ingabo

Mu gihe asigaje amezi atageze kuri abiri ngo asohoke muri White House, Perezida Donald Trump asize yirukanye uwari minisitiri w’ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mark Esper. Ibi Perezida Donald Trump yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Ugushyingo abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter. Perezida Trump kandi yatangaje ko Christopher Miller, wari ukuriye […]

ProcĂšs Rusesabagina: Audience d’appel poussĂ©e Ă  la demande de l’accusĂ©

Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge a pour la deuxiĂšme fois reportĂ© l’audience en appel de Paul Rusesabagina, Ă  la demande du suspect parce que son avocat n’était pas prĂ©sent. La semaine derniĂšre, Rusesabagina avait demandĂ© que son audience soit reportĂ©e au mardi 10 novembre, affirmant qu’aucun de ses avocats n’Ă©tait disponible Ă  l’Ă©poque. Avant l’audience […]

Gatsata: Abakora uburaya barasaba amakarita y’akazi

Bamwe mu bakora akazi ko kwicuruza ahitwa mu Kiderenka, mu Murenge wa Gatsata, ho mu Karere ka Gasabo, bavuga ko ubuzima bwabaye bubi kubera Covid-19, barifuza ko ubuyobozi bwabaha amakarita yemeza icyo bari cyo bakajya gushakira no mu tundi turere. Umwe muri aba waganiriye n’umunyamakuru wa Bwiza TV, witwa Iradukunda avuga ko mbere abakiriya babaga […]

Amadou Toumani Toure wahoze ari Perezida wa Mali yapfuye ku myaka 72

Gen. Amadou Toumani Toure wahoze ari Perezida wa Mali, washimiwe imbaraga yashyize mu gukurikira demokarasi muri iki gihugu mbere yo guhirikwa ku butegetsi n’abasirikare mu 2012, yapfuye ku myaka 72 nk’uko byatangajwe n’umuryango we kuri uyu wa Kabiri. Mwishywa we witwa Oumar Toure yabwiye AFP ati: “Amadou Toumani Toure yapfiriye mu ijoro ryo kuwa Mbere […]

Inshinge za cabotegravir 89% zikora neza mu kurinda virusi itera sida ku bagore – UNAIDS

Ubushakashatsi bw’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku kurwanya Sida (UNAIDS) buherutse gushyirwa ahagaragara burerekana ko urushinge rwa cabotegravir rufite ubushobozi hafi 90% bwo gukumira ubwandu bwa virusi itera SIDA ku bagore. Mu itangazo yashyize ahagaragara UNAIDS yanejejwe n’ibyavuye mu bushakashatsi bwerekana ko imiti igabanya ubukana ya cabotegravir, iterwa mu nshinge buri mezi abiri, irinda virusi itera […]

Ingurube zisaga 350 zimaze guhitanwa n’indwara yadutse iri kuzibasira

Icyorezo cya Swine Erysipelas kimaze guhitana ingurube zigera kuri 379, cyangwa 0,67% by’ingurube 56,706 zibarurwa mu turere twibasiwe n’iki cyorezo ari two; Rwamagana, Kicukiro, na Gasabo, nk’uko imibare yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) kivuga. Nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yacu kuri uyu wa Mbere, RAB ivuga ko iyi ndwara yitwa na none […]

Zaina Namiro na bagenzi be bari bakatiwe gufungwa imyaka 25 bagabanyirijwe igihano

Kuri uyu wa Mbere, Zaina Namiro na bagenzi be bari bakatiwe imyaka 25 y’igifungo bazira kwangiza imyanya ndangagitsina y’umukobwa mugenzi wabo witwa Mukamana Sandrine, bagabanyirijwe igihano bakatirwa imyaka 15 nyuma yo kujurira. Abaregwaga ni Namiro Zaina, Umurisa Gisele, Uwimana Zainabo, Umuhoza Rosine, Mutoni Hadidjah, Muhoza Connie na Kamanzi Cyiza. Ku itariki ya 17 Werurwe 2020, […]

Kenya irasabwa kudacyura ku ngufu umudepite wo muri Tanzania wahunze

Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Amnesty International, wasabye Guverinoma ya Kenya kutazakora ikosa ryo gucyura umudepite wo muri Tanzania, Gogbless Lema, wahunze igihugu, kuko ashobora kugirirwa nabi. Amnesty International ivuga ko Guverinoma ya Kenya ifite inshingano zo guvumbikira umuntu wese uhunga akaga mu gihugu cye kandi ko kuri Lema ashobora kugirirwa nabi mu gihe […]

Hateye indwara iri guhitana byihuse ingurube

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) kiratangaza ko muri iyi minsi mu turere twa Rwamagana, Kicukiro na Gasabo hadutse indwara ziri gufata ingurube zikazica vuba nk’uko byemezwa n’aborozi b’aya matungo bavuga ko biri kudindiza ubworozi bwabo. Mu itangazo iki kigo cyashyize ahagaragara, kiramenyesha aborozi b’ingurube bose ko isuzuma ryakorewe mu borozi barwaje ndetse no […]

Le financier prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsis face aux juges de l’ONU

Un financier prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsis de 1994 fait face Ă  une audience prĂ©liminaire Ă  La Haye mercredi, a dĂ©clarĂ© lundi un tribunal de l’ONU. FĂ©licien Kabuga, jadis l’un des hommes les plus riches du Rwanda, est accusĂ© d’avoir aidĂ© Ă  crĂ©er une milice et avoir utilisĂ© sa sociĂ©tĂ© de mĂ©dias pour inciter […]

Kenya: Urukiko rwashimangiye igihano cy’urupfu cyahawe Miss wa gereza

Urukiko rw’ubujurire muri Kenya rwemeje igihano cy’urupfu cyahawe Miss wa Gereza ya Lang’ata 2016, witwa Ruth Wanjiru Kamande, wari ukurikiranweho kwica uwari umukunzi we. Mu mwaka wa 2018, nibwo Kamande yahamwe n’icyaha cyo kwica umukunzi we Farid Mohammed w’imyaka 24 amuteye icyuma inshuro 22 mu rugo rwe i Nairobi mu 2015 nyuma yo kuvuka igitotsi […]

Mukuru wa Barack Obama yababajwe no gutsindwa kw’inshuti ye Trump

Malik Obama, mukuru wa Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagereranyije amatora inshuti ye Donald Trump yatsinzwe nk’amatora yabaye iwabo mu gihugu cya Kenya mu 2013, avuga ko yaranzwe n’ibintu bidasanzwe ndetse n’uburiganya. Nubwo ahuje se na Barack Obama, Malik Obama, ni umufana ukomeye wa Perezida Donald Trump kandi yifuzaga […]

Burundi: Imitungo ya bamwe mu bahunze igihugu iratangira gutezwa cyamunara

justicee.jpg

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Ugushyingo 2020, hatangira cyamunara y’imitungo yafatiriwe n’ubutabera mu rwego rwo kugirango itangirika ndetse ikomeze kugirira akamaro igihugu nk’uko bigaragara mu itangazo rya minisiteri y’ubutabera ryashyizwe ahagaragara ku itariki 06 Ugushyingo. Amakuru amwe avuga ko muri iyo mitungo harimo imodoka, amapikipiki […]

Abasirikare basaga 100 ba Ethiopia bamaze gukomerekera mu mirwano muri Tigray

Abasirikare ba Ethiopia basaga 100 bamaze gukomerekera mu mirwano imaze iminsi itanu ibera mu Ntara ya Tigray, mu gihe imibare ikomeje kuzamuka nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Abiy Ahmed. Amakuru aturuka mu nzego z’ubuzima muri Ethiopia aravuga ko abasirikare babarirwa mu 100 barimo kuvurwa ibikomere mu bitaro byo mu Ntara ya Amhara. Minisitiri […]

Uganda: Batatu mu muryango umwe bishwe n’umuriro bagerageza gutabarana

Abaturage bo mu gace ka Tamu, mu karere ka Mityana mu gihugu cya Uganda bari mu gahinda kenshi nyuma y’urupfu rw’abantu batatu bo mu muryango umwe bishwe n’amashanyarazi ku mugoroba wo kuwa Gatanu ushize bagerageza gutabarana. Igipolisi kiravuga ko abapfuye ari Maria Naddamba w’imyaka 45, Margaret Kivumbi w’imyaka 24 na Fiina Kivumbi w’imyaka 9. Iyi […]

Burundi: Perezida Ndayishimiye n’umufasha we mu kato nyuma yo gukubuka i Malabo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye n’umufasha we, Angeline Ndayubahe, baruhukiye mu kato k’amasaha 72 nyuma yo gukubuka mu ruzinduko rw’iminsi itanu mu gihugu cya Guinea Equatorial. “Tuvuye mu gihugu coronavirus ikirimo, ntawamenya, twaririnze ubwo twari turiyo, ndetse n’uyu munsi dukomeje kwirinda. Ariko nta wamenya kubera ko murabizi ko virus inyura mu mwuka,” ibi ni ibyatangajwe […]

Nyarugenge: Umugore wubatse araregwa gusambanya umuhungu abyaye

Umuryango w’umwana w’umuhungu w’imyaka 15 wo mu Mujyi wa Kigali wagaragaje ko utishimiye uburyo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rurimo gukurikirana ikibazo cy’umwana wabo, bivugwa ko yasambanywaga n’umugore wubatse, bavuga ko iyo aza kuba ari umukobwa iki kibazo kiba cyarakemuwe n’ububasha bwose bw’amategeko. Nk’uko bitangazwa n’abaturage bo mu Mudugudu w’Agatare, mu Kagali ka Nyabugogo, mu Murenge […]

Ibigwi bya Kamala Harris, Umwiraburakazi wa mbere ubaye visi perezida wa USA

2000-2.jpg

Kamala Harris niwe Munyamerikakazi ufite igisekuru mu Buhinde wabaye senateri, ndetse aba n’Umunyamerikakazi ufite igisekuru muri Afurika wa kabiri wabaye umusenateri, kuri ubu akaba agiye kuba n’Umunyamerikazi wa mbere ufite inkomoko muri Afurika n’umugore wa mbere ugiye kuba visi perezida. Kamala Devi Harris wavukiye mu Mujyi wa Oakland, muri Leta ya California, ku itariki 20 […]

Abanyeshuri bari basigaye mu rugo na bo bagiye gutangira gusubira ku ishuri

Nyuma y’aho icyiciro cya mbere cy’abanyeshuri biga mu myaka ya 3, uwa 5 n’uwa 6 kigereye ku bigo by’amashuri bigaho, minisiteri y’uburezi yatangaje gahunda y’amatariki azakorwaho ingendo z’icyiciro cya kabiri cy’abanyeshuri biga mu wa 1, uwa 2 n’uwa 4 biga mu mashuri yisumbuye n’ay’ubumenyingiro (icyiciro cya 3)bazaba basubira ku bigo bigaho bacumbikirwa. Izo ngendo zateguwe […]

Uganda: Abanyankole bamaze guhitamo Bobi Wine nka perezida wabo mushya

Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, akazaba ahagarariye ishyaka NUP mu matora y’umukuru w’igihugu ataha muri Uganda, kuri ubu muri Ankole bamaze kumuha izina rya ‘Musinguzi’ bivuga Utsinda (Victor). Iri zina ry’akabyiniriro yarihawe ubwo ishyaka NUP ryatangazaga Manifesto yaryo ya 2021-2026 kuri Kakyeka Stadium, mu Mujyi wa Mbarara kuri uyu wa Gatandatu. Visi […]

Perezida Kagame yijeje mugenzi we, Felix Tshisekedi, ko amushyigikiye

emou-d9wmaeanif-2.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 07 Ugushyingo, Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame yakiriye itsinda ry’intumwa ziturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimuzaniye ubutumwa bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi bujyanye n’ishusho y’imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi. Perezida wa Repubulika n’izi ntumwa zaturutse i Kinshasa baganiriye ku kuntu ubutwererane hagati y’ibihugu byombi bwarushaho gukomezwa. Intumwa za Perezida […]

Les citoyens amĂ©ricains au Rwanda ont votĂ© par l’intermĂ©diaire de l’ambassade

Plus de 100 ressortissants amĂ©ricains vivant au Rwanda ont votĂ© par l’intermĂ©diaire de l’ambassade, a confirmĂ© un responsable. Selon le porte-parole de l’ambassade, les citoyens ont dĂ©posĂ© des bulletins de vote par correspondance Ă  l’ambassade des États-Unis au cours de ce cycle Ă©lectoral. “Les bulletins de vote ont Ă©tĂ© envoyĂ©s par valise diplomatique aux États-Unis, […]

Imyaka 14 irashize Saddam Hussein akatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe

saddam_hussein_execution.jpg

Imyaka 14 irashize uwahoze ari Perezida wa Irak, Saddam Hussein, akatiwe igihano cyo kwicwa amanitswe n’Urukiko Rukuru Mpanabyaha rwa Irak. Ku itariki nk’iyi ya 05 Ugushyingo mu 2006 nibwo urukiko rwakatiye Saddam Hussein igihano cy’urupfu nyuma yo kumuhamya kugira uruhare mu iyicwa ry’abaturage 148 b’Abashiite mu giturage cya DoujaĂŻl, mu 1982, nyuma y’igitero cyari kimaze […]

OIF: Louise Mushikiwabo yashyizeho umuyobozi w’ibiro bye

Louise Mushikiwabo, yagize Umunya-Tunisia, Mourad Ben Dhiab, umuyobozi w’ibiro bye (Chef de cabinet) mu muryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, bifite icyicaro I Paris mu Bufaransa. Mourad wahoze ari umudipolomate, n’umunyamategeko wabihuguriwe, yinjiye mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe i Addis Abeba nk’umunyamategeko mukuru mu biro by’umujyanama mu by’amategeko, nyuma azamurwa ku mwanya w’Umunyamabanga wa Komisiyo […]

Kigali: Haravugwa ifungwa ry’umucuruzi w’Umugande

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose mu Rwanda, aravuga ko umunyemari w’Umugande witwa Charles Tusubira, utuye mu Mujyi wa Kigali yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano zimusanze iwe ku itariki 27 Ukwakira 2020 kugeza ubu hakaba hatazwi neza aho yaba aherereye. Aya makuru yashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru Chimpreports aravuga ko Tusubira […]

Cote d’Ivoire: Uwafashije Ouattara kugera ku butegetsi yahamagariye ingabo kumuhirika

Guillaume Soro, wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba, kuri ubu akaba abarizwa mu ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cote d’Ivoire, yahamagariye ingabo z’iki gihugu guhaguruka zikigomeka ku butegetsi zigakuraho Perezida Allassane Ouattara wongeye gutsindira kuyobora iki gihugu ku majwi 94% nk’uko byemejwe na Komisiyo y’amatora. Icyakora, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahakanye amajwi, bavuga ko icyifuzo cya Ouattara cyo […]

Agathe Kanziga yasobanuye icyo Paul Barril yamumariye igihe yari mu gihirahiro

Umupfakazi w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ari we Agathe Kanziga, yabwiye Urukiko rwa Paris ko aho ahuriye n’Umujandarume w’Umufaransa Paul Barril ari uko yemeye kumufasha mu iperereza ku rupfu rw’umugabo we mu gihe nta wundi wari wagerageje kuritangiza haba mu Bufaransa n’ahandi. Kanziga ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, […]

Université KIM fermée définitivement en raison de contraintes financiÚres

La direction de l’universitĂ© KIM a annoncĂ© que l’universitĂ© ne rouvrirait pas ses portes Ă  l’enseignement et Ă  d’autres services connexes en raison de «problĂšmes financiers». L’universitĂ© a annoncĂ© le dĂ©veloppement dans un communiquĂ© le 3 novembre. Selon la dĂ©claration signĂ©e par le vice-chancelier par intĂ©rim de l’institution, Jean-Baptiste Mugabe, La decision a Ă©tĂ© prise […]

RDC: Babiri barimo umuyobozi w’ikigo cy’ishuri biciwe mu gitero cya FDLR

Inyeshyamba zo mu mutwe wa FDLR ziravugwaho kwica abantu babiri, barimo umuyobozi w’ikigo cy’ishuri giherereye muri gurupoma ya Tongo, yo muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuwa Kabiri, itariki 03 Ugushyingo 2020. “Bishe abantu babiri. Umuyobozi w’ishuri n’ushinzwe umutungo bishwe n’Aba-FDLR. Turimo kwibaza impamvu ubuzima busigaye […]

USA: Ilhan Omar ukomoka muri Somalia yatsindiye manda ya 2 mu Nteko

trump_democrats_86746.jpg

Umudemokaratekazi, Ilhan Omar, umwe mu bagore ba mbere b’Abayisilamukazi binjiye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba n’umwimukira ukomoka muri Somalia, yatsindiye manda ya kabiri nyuma yo gutsinda mu matora uwo bari bahanganiye guhagararira Minnesota, umunyemari w’umwirabura w’Umunyamerika, Lacy Johnson wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani. Ilhan Omar yamutsinze ku majwi 64,6%, mu […]

Aravuga ko yumva agiye guta umutwe kubera ibyo yakorewe muri Uganda

dumped-6-1024x691.jpg

Ubwo Umunyarwanda Stephen Umugwaneza, w’imyaka 34, yafataga icyemezo cyo kujya gushora imari muri Uganda mu myaka ishize, avuga ko atigeze atekereza ko umunsi umwe abayobozi b’iki gihugu, n’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare, CMI, bazamushimuta, bakamufunga, bakamukorera n’iyicarubozo ndetse akamburwa utwo yavunikiye ku buryo ubu yumva agiye guta umutwe. Umugwaneza ni umwe mu Banyarwanda batandatu baherutse kurokoka […]

Ibyo yabonye mu Rwanda nyuma ya Jenoside n’ubu biracyamutera mu nzozi ze

soldier2.png

John Kennedy ntabwo yigeze ajya ku rugamba mu myaka 20 yamaze mu gisirikare cya Canada, ntiyigeze arasa umuntu uwo ari we wese; ntiyigeze abona inshuti ze zituritswa n’ibisasu, ariko ibyo yabonye mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 na n’ubu biracyamutera mu nzozi ze. Kennedy yoherejwe mu Rwanda, mu burasirazuba bwa Afurika, mu […]

Uganda: Minisitiri Rukutana yongerewe icyaha cyo kwibisha imbunda

Umuyobozi w’Ubushinjacyaha bwa Uganda, yahinduye urupapuro rw’ikirego cyashinjwaga minisitiri Mwesigwa Rukutana cyo gukoresha urugomo, yongeraho icyaha cy’ubujura bwitwaje intwaro no guteza ibyago bikomeye. Uyu Munyamabanga wa leta ushinzwe umurimo, ategerejwe mu rukiko kuri uyu wa Gatatu, ngo amenyeshwe ikirego cye nyuma y’aho yari yarekuwe by’agateganyo n’urukiko rw’ibanze. Ikirego gishya kivuga ko Rukutana yibye terefone ngendanwa […]

Burundi: Hafi y’ibiro bya Guverineri wa Kayanza hatowe ibisasu bya gerenade

Kuri uyu wa Mbere ushize nyuma ya saa sita grenades 4 zari zifunyitse mu ishashi zatoraguwe kuri imwe mu ntebe ziba zicayeho abantu baba bategereje kuvugana na Guverineri w’Intara ya Kayanza, mu majyaruguru y’u Burundi. Ubuyobozi bw’intara buvuga ko iki gikorwa nta kibi cyari kigamije, mu gihe abatavuga rumwe n’ubutegetsi batinya ko waba ari umugambi […]

Amajyaruguru: Bamaze imyaka 8 bategereje ingurane z’ibyangijwe n’imiyoboro

Abaturage bo mu turere twa Gicumbi, Rulindo na Burera bamaze imyaka 8 bategereje ingurane z’imitungo yabo yangijwe n’imiyoboro y’amashanyarazi, aho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu REG kivuga ko abaturage basaga gato 200 gusa ari bo batarishyurwa mu gihe mu karere kamwe habarizwa byibuze abasaga 2300 bafite iki kibazo cyo kutishyurwa. Aba baturage bagaragaza ko imiyoboro y’amashanyarazi […]

Ibintu 4 mu mibanire y’abashakanye biba bikwiye gukomeza kuba ibanga ryabo

Hari ibintu bimwe mu mibanire y’abashakanye biba bitagomba kuganirwaho n’abandi bantu usibye mugenzi wawe mubana. Umubano w’abakundana urihariye kubera ubucuti, isano y’umubiri n’amarangamutima bisangiwe n’abantu babiri, aho kuba batatu nk’uko abahanga mu by’imibanire babivuga. Twese twagiye tugirana n’inshuti zacu ibiganiro ku rukundo rwacu cyangwa tukabigirana abantu twizeye. Ariko, ni ngombwa kumenya ko ibintu byose biba […]

Agatha Kanziga yitabye Urukiko rwa Paris mu iperereza ku mujandarume Paul Barril

gettyimages-638421644-1024x1024.jpg

Agathe Kanziga, umupfakazi w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 Ugushyingo, yagejejwe imbere y’urukiko rwa Paris agiye kubazwa mu iperereza ku ruhare Umujandarume w’Umufaransa, Paul Barril, yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP. Ku myaka ye 78, Agathe Kanziga yahamagajwe n’umucamanza w’iperereza wari ushinzwe iri […]

L’ancien procureur gĂ©nĂ©ral, Jean Bosco Mutangana, libĂ©rĂ©

Le Bureau d’EnquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© la libĂ©ration de Jean-Bosco Mutangana, l’ancien procureur gĂ©nĂ©ral, qui avait Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© pour utilisation prĂ©sumĂ©e de faux documents. Thierry Murangira, le porte-parole de RIB a dĂ©clarĂ© au New Times que le suspect avait Ă©tĂ© libĂ©rĂ© lundi 2 novembre, mais il a indiquĂ© que des enquĂȘtes Ă©taient en […]

Arusha: Hasubukuwe urubanza rw’abagerageje guhindura igihano cyahawe Ngirabatware

bnm.png

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 Ugushyingo 2020, ku cyicaro cy’urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) i Arusha, hasubukuwe urubanza ruregwamo Turinabo n’abareganwa na we, bashinjwa kugerageza guha ruswa abatangabuhamya bagamije guhindura igihano cyahawe Augustin Ngirabatware wari minisitiri w’igenamigambi mu gihe cya jenoside, hatangwa ibimenyetso bibashinja. Inyandiko […]

Uganda: Umuvugizi w’ishyaka FDC yatawe muri yombi

ad-2.png

Umuvugizi w’ishyaka FDC, Ibrahim Ssemujju Nganda, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yatawe muri yombi ajyanwa gufungirwa kuri Station ya polisi ya Najjanakumbi mu Karere ka Wakiso mu gihugu cya Uganda. Bwana Ssemujju yafashwe n’abapolisi n’abasirikare ubwo yari mu nzira agana ku biro by’ishyaka FDC bivugwa ko byari byafunzwe n’igipolisi kitemerera umuntu wese kubikandagiraho. […]

U Rwanda na Ghana byasinyanye amasezerano azarushaho gushimangira umubano wabyo

Kuri uyu wa Mbere, itariki 02 Ugushyingo 2020, u Rwanda na Ghana byagiranye amasezerano y’ubufatanye rusange agamije gushyiraho komisiyo ihoraho y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi (Permanent Joint Commission for Cooperation), yashyiriweho umukono, i Accra hagati ya Minisitiri wa Ghana ushinzwe ububanyi n’amahanga, Shirley Ayorkor Botchwey, na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Minisitiri Shirley […]

Burundi: Haribazwa ikihishe inyuma y’imirambo ikomeje kugaragara kuri Rusizi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 02 Ugushyingo 2020, ku nkengero z’Umugezi wa Rusizi hagaragaye imirambo ibiri, uw’umugabo n’undi w’umugore yabonwe n’abantu bitambukiraga ku muhanda wa 6 munsi y’agasozi ka Kagazi, zone ya Cibitoke, muri Komini Rugombo, ho mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, aho abaturage bakomeje kwibazwa ikihishe inyuma […]

RDC: Inyeshyamba zafashe zimwe mu mfungwa ziherutse gutoroka zizishyikiriza leta

Intumwa y’umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo muri Beni, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Col. Mukulu, kuri uyu wa Mbere, itariki 02 Ugushyingo yemeje ko inyeshyamba z’umutwe wa UPLC (Union du Peuple pour la LibĂ©ration du Congo) zibarizwa ahitwa Kalunguta, ku muhanda Butembo-Beni, zashyikirije FARDC imfungwa 50 zataye muri yombi mu […]

Tshisekedi yaba arimo guhigika amasezerano yatumye Kabila yemera kurekura ubutegetsi

Bikomeje kuvugwa ko Joseph Kabila yaba yaragiranye amasezerano na Perezida Tshisekedi mbere yo kuva ku butegetsi mu rwego rwo kwizera ko mu gihe azaba atakiri ku butegetsi nta muntu uzamukurikirana kimwe n’abantu be ba hafi, ibintu bisa nk’aho Perezida Tshisekedi arimo kugerageza guhindura muri iki gihe bikaba bihangayikishije uruhande rwa Kabila. Joseph Kabila ngo akaba […]