Umuraperikazi Cardi B yagiye gusaba gatanya hagati ye n’umuraperi Offset

Umuraperikazi Cardi B, kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, yagiye gusaba gatanya hagati ye n’umugabo we nawe w’umuraperi ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uzwi nka Offset, ubarizwa mu itsinda Migos, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Page Six. Ni gatanya asaba mu buyobozi bw’akarere ka Fulton ko muri Georgia. Aba bahanzi bombi bamaranye imyaka itatu […]

Kayonza: Hatangijwe umushinga w’asaga miliyari 80 ugamije kurwanya amapfa

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Mukeshimana Gerardine, kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, yatangije ku mugaragaro umushinga mugari wo kuhira no gutunganya ibishanga mu karere ka Kayonza uzamara imyaka 6. Uyu mushinga uzafasha akarere mu guhangana n’amapfa ajya akibasira, atewe n’izuba rikunze kuva igihe kirekire. Uyu mushinga watangijwe ku bufatanye bwa minisiteri y’ubuhinzi n’Ikigega Mpuzamahanga giteza […]

Kigali: Urubanza rw’abantu 32 bashinjwa iterabwoba rwasubukuwe

Urubanza ruregwamo abantu 32 bakekwaho iterabwoba bafitanye isano n’ishyaka RNC n’indi mitwe yitwara gisirikare, rwasubukuwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Nzeri, mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kanombe, mu Karere ka Kicukiro. Abakekwaho icyaha bose usibye umwe, bari bari mu cyumba cy’urukiko, cyari cyimukiye by’agateganyo mu cyumba cy’abikorera ku giti cyabo kiri hafi y’urukiko […]

Rubavu: Yafatanwe amadolari 3,700 y’amahimbano

Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 14 Nzeri, ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafashe Muhawenimana Claire w’imyaka 26, yafatanwe inoti z’ijana 37 z’amadorali y’Amerika y’amahimbano zihwanye na 3,700$ . Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko bamwe […]

Bwa mbere mu Bufaransa abakabakaba 100 bemerewe kunyonga igare bambaye ubusa – Amafoto

Nyuma y’imyaka babigerageza, ku nshuro ya mbere mu Mujyi wa Rennes habereye igikorwa cya mbere cyo gutwara igare abantu bambaye ubusa, ariko ibintu nk’ibi i Paris na Lyon bikaba byahagaritswe ku munota wa nyuma. Iki gikorwa cyiswe ‘World Naked Bike Ride’(WNBR) cyangwa ‘Cyclonudista’, kiramenyerewe cyane mu bihugu nk’u Bubiligi, Espagne, u Budage na Amerika. Mu […]

Uganda: Urukiko rwateye utwatsi ubusabe bwa Lt. Gen. Tumukunde

Umucamanza mukuru mu Rukiko Rukuru rwa Uganda, Musa Ssekaana yateye utwatsi ubusabe bwa Lt. Gen. (Rtd) Henry Tumukunde, wifuzaga guhagarikisha ibikorwa byo guhamagazwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, CID, rumukurikiranyeho gushaka kwinjiza abahoze mu gisirikare mu bikorwa bya politiki, kugeza igihe ikirego cye nyamukuru kizarangiza kumvwa ndetse kigashyirwa ku ruhande. Mu kwezi gushize nibwo Tumukunde yitabaje urukiko arusaba […]

Ku Kiyaga cya Mugesera hakomeje kuvumburwa imibiri y’abantu bishwe muri jenoside

Kuva mu ntangiriro z’umwaka, imirambo 791 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatoraguwe mu bice byegereye Ikiyaga cya Mugesera, mu Murenge wa Rukumbeli, mu Karere ka Ngoma. By’umwihariko kuva ku ya 26 Kanama kugeza 14 Nzeri, byibuze imirambo 547 yakuwe ku nkombe, kandi ubushakashatsi bwa buri munsi buracyakomeza. Jean-Pierre Musafiri, Perezida wa Ibuka mu Karere […]

Impamvu Kalashnikov, imaze kubona kuzamuka no kugwa kw’ingoma nyinshi muri Afurika, irushaho gukundwa

201351815187696734_20.jpg

Imbunda ya Kalashnikov AK-47 ni intwaro yabaye mu makimbirane yose yo muri Afurika kuva 1950. ubwamamare bya AK-47 bwerekanwe muri filime ya Nicholas Cage yiswe ‘Lord of War’, mu gihe igihugu cya Mozambique cyanagiye kure kikayigira imwe mu birango bigize ibendera ryacyo. Ni imbunda yahiswemo n’inyeshyamba, abakora iterabwoba, abacuruzi b’ibiyobyabwenge ndetse n’abandi. Iyi mbunda idasanzwe […]

Uganda: Yafatanwe umutwe w’umwana w’imyaka 3 yari yageneye Perezidante w’Inteko nk’impano

Igipolisi cya Uganda gishinzwe kurinda Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Mber cyataye muri yombi umusore w’imyaka 22 wari witwaje umutwe w’umwana w’umukobwa w’imyaka 3 waciwe nyuma yo kwicwa, yari ashyiriye Perezidante w’inteko nk’impano. Ukekwa urimo guhatwa ibibazo n’Ubuyobozi bushinzwe ubugenzacyaha (CID) muri Kiburi ni uwitwa Joseph Nuwashaba ukomoka Kizinda, mu Karere ka Bushenyi, ariko […]

Gisagara: Barasaba leta kubafasha kugarura abana babo batanu bashimuswe n’Abarundi

Abana batanu bo mu Murenge wa Mukindo, mu Karere ka Gisagara bivugwa ko bashimuswe n’Abarundi ubwo bari bari kwahira ubwatsi hafi y’umupaka mu gishanga cy’Akanyaru hagiye gushira ukwezi nta muntu uzi amakuru yabo, ababyeyi babo bakaba basaba leta kubafasha bakagarurwa. Ku itariki ya 15 Kanama 2020 ni bwo aba bana bagiye kwahira nk’ibisanzwe maze basanga […]

Bujumbura: Col. (Rtd) Pontien Baritonda nawe yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubutasi

Nyuma y’itabwa muri yombi ry’uwahoze ari umupolisi mukuru mu gihugu cy’u Burundi witwa Prime Niyongabo, kuri ubu muri iki gihugu haravugwa n’itabwa muri yombi rya Colonel (Rtd) Pontien Baritonda, watawe muri yombi ku Cyumweru mu Karere ka Kinanira 2, muri zone ya Musaga muri Komine ya Muha (mu majyepfo ya Bujumbura). Bavuga ko afungiye muri […]

RDC: Abaturage bariye karungu bishe umusirikare bamujugunya mu rwobo

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 14 Nzeri, umusirikare wa FARDC yishwe n’abaturage bigaragambyaga bariye karungu mu Mujyi wa Oicha, muri Kivu y’Amajyaruguru, aho aba baturage biganjemo urubyiruko bishoye mu mihanda bamagana iyicwa ry’abasivili babiri bishwe kuri iki Cyumweru n’umupolisi. Intumwa ya guverineri yageze muri Oicha, Nicolas Kikuku yabwiye ACTUALITE.CD ko imbunda y’uyu musirikare wishwe […]

Tanzania: Inkongi y’umuriro yibasiye aho abanyeshuri barara yahitanye abana icumi

Inkongi y’umuriro yibasiye inzu iraramo abanyeshuri mu gicuku cyo kuri uyu wa Mbere mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Tanzania yahitanye abana 10. Ni inkongi yafashe inzu y’Ishuri Ribanza ryitwa Byamungu English Medium riri mu karere ka Kyerwa, mu ntara ya Kagera, ahagana saa kumi n’igice z’igitondo nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi. Iyi nzu yari irimo abana b’abahungu bafite […]

Le suspect terroriste, Paul Rusesabagina, a comparu devant le tribunal

Le suspect terroriste Paul Rusesabagina a comparu devant le tribunal de premiĂšre instance de Kagarama. Il fait face Ă  plusieurs chefs d’accusation, dont le terrorisme, l’incendie criminel, l’enlĂšvement et le meurtre, perpĂ©trĂ©s contre des civils rwandais non armĂ©s et innocents sur le territoire rwandais. Rusesabagina est reprĂ©sentĂ© par David Rugaza, qui a prĂ©cĂ©demment dĂ©clarĂ© qu’il […]

Bujumbura: Uwahoze ari komanda wa polisi aratabarizwa nyuma yo gutabwa muri yombi mu gicuku

Prime Niyongabo, wahoze ayobora abapolisi badasanzwe bo mu muhanda (PSR) hagati ya 2002 na 2004 yatawe muri yombi n’abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubutasi (SNR) kuwa Gatandatu mu ma saa munani z’ijoro. Aho afungiye hakaba hataramenyekana nk’uko tubikesha SOS Media Burundi. Uyu wahoze ari umupolisi mukuru akaba kuri ubu ari umuyobozi mu isosiyete y’itumanaho iyoborwa n’Abanyaziimbabwe, […]

Impunzi 6 z’Abanya-Sudani y’Epfo ziciwe mu bushyamirane hagati yazo n’Abagande

Kuri iki Cyumweru, Igipolisi cya Uganda cyatangaje ko abantu 13 batawe muri yombi nyuma y’igitero cyagabwe mu nkambi y’impunzi z’Abanyesudani y’Epfo iherereye mu majyarugu ashyira iburengerazuba bw’igihugu cyiciwemo impunzi 6. Umuvugizi w’igipolisi muri ako karere, Josephine Angucia, yavuze ko ubwo bwicanyi bwabaye mw’ijoro ryo kuwa gatandatu mu nkambi ya Rhino icumbikiye impunzi zirenga 100 000, […]

Menya umuhango wo ‘Gufukura amariba’ n’inzara zagiye zibasira u Rwanda

Imihango yo gufukura amariba yaberaga mu Bufundu, mu Kabagali, mu Nyantango, mu Kinyaga, ariko cyane cyane ku iriba rya Nzavu mu Bunyambiriri, kuko ariryo rya Maryohe, kandi rikaba ingarigari y’Abami b’Amatungo bafite umurwa wabo wa Suti ya Banege mu Bunyambiriri. Bafukuraga amariba mu miterekero yo guhosha ibyorezo by’indwara byakundaga gutera mu matungo. ‱ Muryamo yateye […]

Uganda: Abasirikare 2 ba SFC barashinjwa kwica umuturage kubera amafaranga

Abasirikare babiri bo mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu muri Uganda uzwi nka Special Force Command-SFC, Private Apiku Jackson na Olobo Sadiq, bivugwa ko bahawe akazi ko kwica umuturage wo muri Luweero batawe muri yombi. Bivugwa ko bahawe akazi na Richard Ssebina uzwi ku izina rya Sekitoleko, ko kwica murumuna we Musa Katinda Bisaso w’imyaka […]

Kinshasa: Abagizi ba nabi bateye ikigo nderabuzima bafata ku ngufu abarwayi n’abaganga

Mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuwa Gatandatu, itariki 12 Nzeri, Ikigo Nderabuzima cya Kisenso, muri Kinshasa, cyibasiwe n’abagizi ba nabi bazwi nka Kuluna bitwaje imihoro, inyundo n’izindi ntwaro gakondo zakoreshejwe mu gutera ubwoba abaganga n’abarwayi, aho bivugwa ko abagera kuri 7 muri aba bafashwe ku ngufu. Kuri uyu wa Gatandatu, nibwo Imiryango itegamiye kuri […]

Rusizi: Barindwi bafunze bazira kugurisha isima yo kubakisha amashuri

Mu bihe bitandukanye Polisi ikorera mu karere ka Rusizi mu Murenge wa Giheke yafashe abantu 7 bafataga imifuka ya sima yubakishwaga amashuri yo mu burezi bw’imyaka 12 bakajya kuyigurisha. Tariki ya 30 Kanama hafashwe uwitwa Bakundukize Thomas w’imyaka 33, Mukaniyonsenga Alexiane w’imyaka 30 na Hakizimana Zachee w’imyaka 42 bafatanwe imifuka 10 bamaze kuyigurisha. Aba bose […]

Nicholas Sarkozy yateje impaka zikomeye agereranya ijambo “Nùgres” n’Inkende

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa yerekanye uwo ari we ubwo yagereranyaga ijambo Inguge na “nĂšgres” mu kiganiro kuri Televiziyo ya TMC yari yatumiwemo na Yann BarthĂšs baganira ku imurikwa ry’igitabo cye “Le temps des tempĂȘtes”. Nicolas Sarkozy akaba yateje uburakari bukabije abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu Bufaransa bamushinjaga ivanguramoko, […]

Buruseli: Barashinja leta kubashimuta no kubatandukanya n’imiryango yabo mu gihe cy’ubukoloni

Abagore batanu bavukiye muri Congo bajyanye Leta y’u Bubiligi imbere y’Urukiko rw’Imbonezamubano i Buruseli bayishinja ko yateguye uburyo bwo gushimuta buri gihe abana bavutse ku bazungu n’abirabura mu gihe cy’abakoloni. Iki ni igikorwa cyo kwishyuza, gishingiye ku kirego ku byaha byibasiye inyokomuntu. Ni ku nshuro ya mbere icyifuzo cyo kwemeza politiki ya gikoloni y’igihugu nk’icyaha […]

Urugomo n’ubwicanyi byakorewe Abatutsi kuri Repubulika ya 2 kugera mu 1990 mu yahoze ari Cyangugu

Nkuko bigaragazwa n’ubushakashatsi Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) yakoze ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Cyangugu,Perezida Habyarimana JuvĂ©nal amaze gufata ubutegetsi habayeho ihumure ry’igihe gito, abantu babanza kwibeshya ko abazaniye agahenge kubera amagambo meza yarangaga imbwirwaruhame ze. Ariko ibyo ntibyatinze, kuko na we yahise akomereza mu murongo w’amacakubiri watangijwe […]

Minembwe: Inyeshyamba zatwitse inzu nyinshi zinanyaga inka zisaga 100

Amazu menshi yaratwitswe ndetse inka nyinshi ziranyagwa mu gitero cy’inyeshyamba za Mai-Mai, kuwa Kabiri ushize mu midugudu itanu yo mu Minembwe, Teritwari ya Fizi, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko byatangajwe na Gady Mukiza, Burugumesitiri wa Komini Minembwe, imidugudu ya Kawela, Masha, Kabingo, Irumba na Kakangara yagabwemo ibitero icya rimwe. Avuga ko abaturage benshi bataye ingo […]

Laure Uwase, ushinjwa guhakana jenoside, azaguma mu kanama kiga uruhare rw’u Bubiligi mu gihe cy’ubukoloni

Perezida w’inama y’abadepite izasesengura uruhare rw’u Bubiligi mu gihe cya gikoloni mu bihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigali, yatangaje ko Umubiligikazi ufite inkomoko mu Rwanda, Me Laure Uwase azakomeza imirimo ye mu kanama k’impuguke. Ni akanama kashyizweho n’u Bubiligi kagomba gusuzuma uruhare rw’ubukoloni mu Rwanda, mu Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kiganiro […]

Bujumbura: Igitero cya grenade cyahitanye umuntu gikomeretsa babiri

Umuntu umwe yapfuye, abandi babiri barakomereka nyuma y’igitero cya grenade ebyiri zatewe muri zone ya Buyenzi mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi, Bujumbura, mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane. Izi grenade zatewe ahagana saa munani na mirongo ine n’itanu (2h45 am) mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ushize nk’uko byemezwa […]

Nyarugenge: 25 bafashwe baremye isoko ritemewe birengagije amabwiriza yo kurwanya COVID-19

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Nzeri Polisi ku bufatanye n’abaturage bo mu murenge wa Kimisagara mu kagari ka Kamuhoza bafashe abantu 25 bateraniye mu rugo rw’umuturage barenze ku mabwiriza ya Leta yo kurwanya COVID-19 barimo kubyigana barangura imyenda ya caguwa. Imyenda yari iya Kayiranga Enock akaba yarimo kuyicururiza mu rugo […]

Amafoto: Ibihumbi n’ibihumbi by’abimukira bandagaye ku gasozi nyuma y’inkongi yibasiye inkambi yabo

_114305007_hi063249830.jpg

Abimukira n’impunzi ibihumbi n’ibihumbi baraye ku gasozi ku kirwa cya Lesbos cyo mu Bugereki mu ijoro rya kabiri nyuma y’umuriro wibasiye Inkambi ya Moria, nini y’iki gihugu, bigatuma imbaga y’abantu bahunga ariko ntaho berekeza. Imiryango yaraye ku mihanda, indi muri parikingi ya supermarket no mu mirima yo hakurya y’ikirwa, yari ku isonga ry’ibibazo by’abimukira b’i […]

Uwari umuyobozi w’igipolisi yiyahuriye mu kato atinya kwanduza umuryango we Covid-19

Umuyobozi wa polisi wari mu kiruhuko cy’izabukuru mu Bwongereza yiyahuriye aho yari yarishyize mu kato ka coronavirus kubera ubwoba bwo kwanduza umuryango we nk’uko abashinzwe iperereza babyumvise. Ku ya 1 Mata, nibwo uyu mugabo witwa James Connelly-Webster, w’imyaka 58, bamusanze yapfiriye munsi y’ubusitani bwe i Crackington Haven, Bude aho yari yishyize mu kato nyuma y’aho […]

France: Uko abatubuzi bakomoka muri Israel bahuguje asaga miliyoni 50 bifashishije mask ya minisitiri

Urukiko rw’ubujurire rwo mu Bufaransa rwemeje igifungo kirekire ku batekamutwe babiri bafite inkomoko muri Israel bahamwe n’icyaha cyo kwiba miliyoni zisaga 50 z’amayero bibye abantu batekeye imitwe biyise minisitiri w’ingabo w’u Bufaransa bakoresheje mask isa n’isura ye. Urukiko rw’ubujurire rwa Paris rwemeje ko Gilbert Chikli w’imyaka 55 na Anthony Lasarevitsch w’imyaka 36 ari bo bateguye […]

Imvura y’umuhindo wa 2020 ntabwo izaboneka nk’uko bisanzwe – Meteo Rwanda

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’ikirere(Meteo Rwanda) cyatangaje ko Iteganyagihe ry’amezi ane y’igihembwe cy’imvura y’umuhindo (Nzeri-Ukwakira-Ugushyingo-Ukuboza) 2020; rigaragaza ko muri rusange uyu muhindo uteganyijwemo imvura izaba iri munsi ho gato y’imvura isanzwe iboneka mu bihe byiza by’umuhindo mu bice byinshi by’igihugu. Meteo Rwanda ikaba igira inama inzego zitandukanye gufata ingamba zo gukumira ingaruka zaterwa no […]

Monusco yahaye uburinzi bukomeye Dr Denis Mukwege wari umaze iminsi atabarizwa

Kuri uyu wa Gatatu, ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (Monusco) zoherejwe mu gace ka Panzi, muri Bukavu, ho muri Kivu y’Amajyepfo mu rwego rwo kurinda Dr Denis Mukwege umaze iminsi atabarizwa bivugwa ko ubuzima bwe buri mu kaga. “Twishimiye ko ingabo z’amahoro za MONUSCO zagarutse mu Bitaro bya […]

Le parquet reprend le dossier de Paul Rusesabagina

L’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales (NPPA) a reçu le dossier du suspect terroriste Paul Rusesabagina du Bureau rwandais d’enquĂȘte (RIB). Rusesabagina lui-mĂȘme a Ă©tĂ© aperçu dans les bureaux de la NPPA Ă  Kimihurura, Kigali Ă  peu prĂšs au mĂȘme moment oĂč RIB a remis le dossier. Il Ă©tait entourĂ© de ses avocats Emeline Nyembo et […]

Rubavu: Yafatanwe ibiro bisaga 30 by’amabuye y’agaciro ashaka no gutanga ruswa

Inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Mbugangali, mu ijoro rya tariki ya 7 Nzeri ahagana saa mbiri zafashe uwitwa Manzi Cedric w’imyaka 20 wafatanwe ibiro 32 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko wa gasegereti, agashaka gutanga ruswa ingana n’amadorali y’Amerika 20 (20$) kugira ngo bamureke akomeze agende gusa […]

USA: Video y’Umwirabura wakubitaga umupolisi washakaga kumufata yaciye ibintu

Video igaragaza abantu birukankaga bajya gutabara umupolisi w’umuzungu wari urimo gukubitwa n’umwirabura yageragezaga kwambika amapingu yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, aho bivugwa ko imaze kurebwa n’abantu basaga miliyoni 2. Iyi video yashyizwe kuri twitter y’ukoresha @GrantB911, uri mu bashinze konti ya twitter yamamaye ya @Breking911 ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ushize. Iyi video […]

Un accident de camion fait deux morts et trois blessés à Gisozi

Deux personnes sont dĂ©cĂ©dĂ©es, mardi 8 septembre, dans un accident , faisant trois autres blessĂ©es dans le secteur de Gisozi, dans le district de Gasabo. Selon le CP Jean Bosco Kabera, porte-parole de la police nationale du Rwanda (RNP), l’accident a Ă©tĂ© causĂ© par un camion qui a heurtĂ© deux autres vĂ©hicules et deux motos […]

Miliyoni 50 z’abaturage muri Afurika y’amajyepfo zugarijwe n’inzara

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (PAM) ryatangaje ko abantu babarirwa muri za miriyoni muri Malawi, Mozambike, Zambiya na Zimbabwe bugarijwe n’inzara. Ibi bihugu byibasiwe n’amapfa akomeye muri 2019 yarushijeho gukazwa muri uyu mwaka n’inzige. Icyorezo cya Covid-19 nacyo cyakajije umurego mu guteza ibibazo by’ubukungu mu baturage benshi bo mu karere ka Afurika ishyira amajyepfo. […]

Uganda: Undi mudepite yatawe muri yombi azira kurasa abantu mu matora ya NRM

Polisi mu karere ka Pallisa mu burasirazuba bwa Uganda yataye muri yombi umudepite w’intara ya Agule, Francis Mukula, ukekwaho kuba yararashe abantu babiri mu matora y’ishyaka NRM mu cyumweru gishize. Abayobozi bavuze ko uyu mudepite yarashe abantu babiri mu gasantere k’ubucuruzi ka Kaboloi kari mu gace ka Kaukura, mu birometero 10 uvuye mu mujyi wa […]

Umunyamideri Charly Jordan yasabiye imbabazi uko yitwaye nyuma yo gushyirwa mu kato mu Rwanda

118578963_621295475241718_283735347559304406_n.jpg

Icyamamare kuri TikTok, akaba n’umunyamideri w’Umunyamerika Charly Jordan, yasabye imbabazi zo kuba yarasuye u Rwanda mu gihe kidakwiye no gutuka guverinoma y’u Rwanda nyuma yo gushyirwa mu kato akamaramo iminsi nyuma yo kumwibeshyaho ko yanduye Covid-19. Mu butumwa uyu mukobwa w’imyaka 21 yanyujije kuri TikTok ku Cyumweru, yavuze ko yaje mu Rwanda gufatanya n’itsinda ribungabunga […]

Uwari umuvugizi wa DALFA-Umurinzi yafashe iy’ubuhungiro nyuma yo gusezera inshingano ze

Uwari umuvugizi w’ishyaka DALFA-Umurinzi, Mahoro Jean, yamaze gufata iy’ubuhungiro nyuma yo guhagarika izi nshingano yari afite zo kuba umuvugizi w’iri shyaka riyobowe n’umunyapolitiki Victoire Ingabire. Mu kiganiro yagiranye na Ijwi rya Amerika nyuma yo kugera mu buhungiro, Mahoro yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye asezera ku mirimo ye ari igitutu yagiye ashyirwaho n’abantu bamubwira ko akorana […]

Umugabo bikekwa ko ari inyeshyamba ya FDLR yafatiwe i Goma afite imbunda

Inzego z’umutekano za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kabiri, itariki ya 08 Nzeri 2020 zataye muri yombi umugabo bivugwa ko ari inyeshyamba ya FDLR wari ufite imbunda ya AK 47, mu gace ka Mugunga, Komini ya Karisimbi, mu Mujyi wa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru. Iyi nkuru dukesha 7SUR7.CD iravuga ko uyu mugabo […]

RIB yarangije iperereza ry’ibanze ku biregwa Paul Rusesabagina

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko iperereza ry’ibanze mu rubanza ruregwamo Paul Rusesabagina ryarangiye kandi dosiye ye ishyikirizwa ubushinjacyaha kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 09 Nzeri. Ibi umuvugizi w’agateganyo wa RIB, Dr. Thierry Murangira, yabitangarije The New Times kuri uyu wa kabiri. Nyuma yo gshyikirizwa dosiye, Ubushinjacyaha buraba bufite iminsi itanu yo kujyana ukekwaho […]

Le commerce numĂ©rique renforcera la coopĂ©ration Afrique-Chine – Ambassadeur Kimonyo

“Le commerce numĂ©rique a renforcĂ© les liens Ă©conomiques entre le Rwanda et la Chine et stimulera la coopĂ©ration Afrique-Chine au-delĂ  de notre imagination”, a dĂ©clarĂ© l’ambassadeur du Rwanda en Chine, James Kimonyo. Pour le moment, “nous bĂ©nĂ©ficions du meilleur Ă©quilibre de coopĂ©ration avec la Chine de notre histoire”, a dĂ©clarĂ© Kimonyo Ă  Xinhua lors d’une […]

Goma: Abantu bitwaje intwaro bishe umupolisi n’abasirikare babiri

Abantu bane, barimo umupolisi 1 n’abasirikare babiri ba FARDC ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Nzeri 2020 biciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye ahitwa i Rwasama, ku muhanda wa Kasavubu mu gace ka Ndosho, mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Élisabeth Ayubusa, umuyobozi w’agace (quartier) ka […]

Riyadh: Ubutabera bwatesheje agaciro igihano cy’urupfu ku bishe umunyamakuru Khashoggi

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 7 Nzeri, hatanzwe imyanzuro ya nyuma y’urubanza rw’umunyamakuru Jamal Khashoggi, aho Urukiko rwo muri Arabiya Sawudite rwatesheje agaciro igihano cy’urupfu cyahawe batanu mu bantu 8 bahamijwe icyaha cyo kumwica, rukabakatira igifungo kuva ku myaka irindwi kugeza kuri makumyabiri nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru byaho, SPA. Jamal Khashoggi wari umunyamakuru ukorana […]

Rusesabagina yaba yarabeshywe ko u Rwanda nta kizigenza rufite, ati reka njye kurwiyoborera

Paul Rusesabagina ngo yaba yarabeshywe ko u Rwanda nta kizigenza rufite aravuga ati reka njye kurwiyoborera nyuma y’ibihuha byari bimaze iminsi bivuga ko Perezida Kagame atakiri ku Isi y’abazima nk’uko umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi utavuzwe amazina yabitangaje. Ibi turabikesha Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, mu nkuru yayo ivuga ko abanyamategeko bashinzwe kuzunganira Rusesabagina bavuga ko […]

Kuri ubu nta muntu wemerewe kujya gusaba serivisi ya notariya uko yishakiye

Kuri ubu nta muntu wemerewe kujya gusaba serivisi za notariya uko yishakiye nk’uko byari bisanzwe kuko uzajya ujya kuzisaba atahawe gahunda ntazo azajya abona nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubutabera kuri uyu wa Mbere, Itariki 07 Nzeri. Minisiteri y’ubutabera ivuga ko ibi bigamije gukomeza ingamba zo gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19. Muri […]

Kigali: Imiryango isaga 400 imaze amezi 5 yimuwe mu manegeka iri mu gihirahiro

Imiryango isaga 400 yo mu turere twa Gasabo na Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali yimuwe mu manegeka imyinshi muri yo imaze amezi atanu igicumbikiwe mu bigo by’amashuri indi ikodesherezwa aho icumbitse, ikaba ikomeje kubaho mu gihirahiro. Aba ni abimuwe muri Mata 2020 aho bari batuye mu duce twibasiwe n’ibiza, kuri ubu basaba ko bakwitabwaho bakabona […]

Kylian Mbappe yiyongereye mu bakinnyi ba PSG bamaze kwandura Covid-19

opoyi_lfyz-04ke.png

Umukinnyi Kylian Mbappe ntaza kuboneka mu mukino uhuza u Bufaransa na Croatia kuri uyu wa Kabiri, ndetse ntazakinira Paris Saint-Germain mu mukino wo gufungura shampiyona nyuma yo kumupima bakamusangamo coronavirus. Mbappe yiyongereye ku bakinnyi barindwi ba PSG, barimo Neymar bapimwe mu cyumweru gishize, bagasangwamo ubwandu bwa Covid-19. Ku wa Gatandatu, Mbappe yatsinze igitego mu mukino […]

Inkiko z’u Rwanda zihanganye n’ibirarane by’imanza zenda kungana n’izaburanishijwe

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Faustin Ntezilyayo, yahishuye ko inkiko zirimo guhangana n’ibirarane by’imanza 52.950, mu gihe mu mwaka w’ubucamanza 2019/2020, imanza zirenga 76.300 zaburanishijwe, zikaba zariyongereyeho 5% ugereranije n’umwaka wabanje. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 7 Nzeri, ubwo hatangizwaga umwaka w’ubucamanza 2020/2021. Muri izo manza zararanye, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yavuze ko izirenga 25.350 zatanzwe […]

Nyuma y’imyaka 23 apfuye, umurambo wa Mobutu n’ubu uracyari muri Maroc

Ku itariki nkiyi ya 07 Nzeri mu 1997, nibwo Mobutu Sese Seko wategetse Zaire (RDC y’ubu) yapfuye aguye i Rabat mu gihugu cya Maroc, none nyuma y’imyaka 23 umurambo we uracyari muri iki gihugu. Mobutu yari yahungiye muri Maroc aturutse i Kinshasa nyuma yo kotswa igitutu n’inyeshyamba za AFDL. Umurambo we kugeza ubu nturacyurwa ngo […]

Idjwi: Umupolisi wasinze yarashe mugenzi we bakorana n’umusirikare arabica

Kuri iki cyumweru, itariki ya 06 Nzeri 2020, umupolisi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo wari wasinze yarashe mugenzi we ndetse arasa n’umusirikare arabica, mu Gasantere ka Kashara, Teritwari ya Idjwi, muri Kivu y’Amajyepfo. Umuyobozi w’Agateganyo wa Sheferi ya Ntambuka, CĂ©lestin Mugabo, yabitangarije urubuga 7SUR7.CD kuri uyu wa Mbere, tariki ya 07 Nzeri 2020. Uyu […]