Gicumbi: Abarokotse Jenoside bashimira ingabo za FPR inkotanyi zabagobotse mu mahina
Bamwe mu barokokeye mu kagari ka Mataba ,mu murenge wa Nyamiyaga, ahasorejwe icyumweru cyahariwe icyunamo ku rwego rw’akarere ka Gicumbi, baravuga ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, banyuze mu bihe bitoroshye bagobokwa n’ingabo za RPF. Kabayiza Leonard, warokotse Jenoside yatangarije na Bwiza.com ko inzira y’umusaraba banyuzemo mu gihe cya genocide yakorewe […]
Burundi: Hashinzwe ishyirahamwe rishingiye ku bwoko P. Nkurunziza abereye umunyamuryango
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu mu Burundi iherutse kwemeza ishyirahamwe rishingiye ku bwoko. Perezida Nkurunziza akaba abereye umunyamuryango iri shyirahamwe ryiswe mu Cyongereza, Abahanza World Association, ryagiye ku mugaragaro mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mata kandi ngo ishingwa ryir’iri shyirahamwe rihuriyemo Abahutu bo mu bwoko bw’Abahanza ni igitekerezo cya perezida ubwe. Iyi nkuru dukesha RPA iravuga ko […]
Urutonde rw’ibigo 10 kabuhariwe mu butasi ku isi
Niba hari ikintu abantu bagirira amatsiko kandi kikaba kinatinyitse ku isi, ni ubutasi ibyo benshi bamenyereye ku izina ry’ubunetsi. Nyamara ikintu gitangaje ni ukuntu ubutasi cyangwa umurimo wa maneko ari imyuga nkindi yose iri mu rwego rw’icyo bita art [ umwuga ] . Isi dutuyeho yagiye igira intasi zagiye zimenyekana mu buryo butagereranywa, ubutasi , […]
Imbabazi Kiliziya yasabye, si ibitero yagabye, ni inyigisho yabibye-Ubuhamya bw’uwarokotse
Ubwo hibukwaga abahoze ari abakozi ba MINEDUC n’ibigo biyishamikiyeho, umuvandimwe w’uwahoze akorera Icapiro rya Minisiteri y’uburezi(Imprimerie Scolaire) yagarutse ku ruhare rwa Kiliziya Gatolika. “Yemeye Politiki y’ivangura, irayikurakuza, irayishyigikira”, kandi ngo igeragezwa rya Genoside ryakundaga guhurirana n’iminsi mikuru ya Kiliziya. Bishimangirwa n’inzobere Prof. Masabo. Mu buhamya bwa Hakizimana Justin, umuvandimwe wa Habiyambere Valentin wari umukozi w’icapiro […]
Amerika yateye ikindi gisasu kinini muri Afuganistani itateguje
Nyuma yo gutera igisasu mu gihugu cya Syria, Amerika yongeye gutera igisasu kinini mu gihugu cya Afuganistani ku biro by’ingabo zo mu mitwe witwaye kisilamu ariko ibyangiritse bikaba bitaramenyekana. Ijwi ry’Amerika rivuga ko kuri uyu wa kane, igisasu gipima toni zigera ku 10 cyatewe muri iki gihugu, iki gisasu kikaba gifite ubushobozi bwo kwangiza ibiri […]
Loni yatangaje ko igihe kigeze ngo ingabo zayo ziri muri Haiti zitahe
Umuryango w’Abibumbye watangaje isozwa ry’ubutumwa bwawo muri Haiti mu kwezi kwa cumi gutaha nyuma y’imyaka 13 ufite ingabo zigera mu 2370 muri iki gihugu kiri mu bya mbere bikennye ku isi. Abadipolomate batandukanye bakaba bavuga ko ubu butumwa bwageze ku ntego yabwo. Umuryango w’Abibumbye ariko ntuteganya kuva burundu muri iki gihugu kuko imiryango itabara imbabare […]
Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabaye mu gihe kingana n’iminsi 100 gusa ihitana imbaga y’abasaga Miliyoni. Kuva Jenoside yatangira, Abatutsi bagendaga bicwa umunsi ku wundi ndetse n’inzego z’ubuyobozi, iz’umutekano n’iz’amadini zigafasha mu gushaka uko batsemba Umututsi aho ari hose bataretse n’uwabahungiragaho. Ni muri urwo rweho hari amatariki asa n’ayihariye n’ubwo nta munsi wabaye mwiza muri […]
Clarisse, arashaka umukunzi ufite gahunda
Mwiriwe bakunzi bacu nange nje hano kuhashala incuti ndumufille mere wumwana 1 nkaba nshaka incuti1.agombakuba asenga gaturike 2.agomba kuba akunda abantu kuko urugo nurugerwa. 3.yaba afiye umwana cyangwa atamufite nakibazo 4 abaye akunda ibintu byogusohoka cyangw anyway inzoga byaba aribyiza naho atazinywa nakibazo. 5.kandi wiyubaha akubaha nano barikumwe atirata cyangwa ngoyirarire byaba byiza cyane. 6. […]
Ahabereye ubwicanyi bukabije kuwa 13 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA zagiye zirokora Abatutsi
Impunzi z’abatutsi zisaga 35000 zaturutse muri za komini Rukira, Rusumo, Birenga, Kigarama na Rukara no ku musozi wa Nyarubuye, ziciwe mu kiliziya ya Nyarubuye n’Interahamwe ziyobowe na Burugumesitiri Sylvestre Gacumbitsi (wakatiwe igifungo cya burundu na ICTR) afatanyije na Evariste Rubanguka wari umucamaza kuri komini n’abajandarume bo mu kigo cya Nasho. Abatutsi 18 gusa nibo barokotse […]
Burundi: Nkurunziza arasabira u Rwanda ibihano no guta muri yombi abashatse kumuhirika
Perezida Pierre Nkurunziza arasaba ko u Rwanda rwafatirwa ibihano ndetse akanasaba guta muri yombi abantu 34 bashakishwa n’ubutabera bw’u Burundi bashinjwa uruhare mu mugambi wo guhirika ubutegetsi. Mu butumwa yahaye umuhuza Benjamin Mkapa, perezida w’u Burundi yasabiye ibihano igihugu cy’igituranyi cy’u Rwanda, ndetse aboneraho gusaba ibihugu byo mu karere n’Umuryango Mpuzamahanga guta muri yombi abantu […]
Umugabo wari ugiye gushyingurwa yasanzwe mu kabari arimo kunywa inzoga
Wilson Oluoch, umugabo ukomoka muri Kenya, yari yateje ishavu n’agahinda inshuti umuryango n’abavandimwe ko yapfuye ndetse n’imihango yo kumushyingura yatangiye ariko nyuma aza kubimenya abamenyesha ko akiriho ahubwo ko ari ahantu arimo gusoma agacupa. Imihango yo kumushyingura yari imiro kuba ku wa 25 Werurwe, i Awendu agace ko muri Migori muri Kenya, imva yacukuwe ndetse […]
Leta ya Kongo yahagaritse umubano mu bya gisirikare n’u Bubiligi
Nyuma y’uko Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ishyizeho Minisitiri w’Intebe mushya mu cyumweru gishize, Bruno Tshibala, leta y’u Bubiligi yanenze uburyo yashyizweho n’imikorere mu bya politiki muri iki gihugu ndetse inatangaza ko ihagaritse imikoranire na cyo mu bya gisirikare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na minisiteri y’ububanyi n’Amahanga y’u bubiligi kuri uyu wa 13 Mata […]
Diamond akomeje kugaragaza urukundo afitiye Zari n’abana be- REBA AMAFOTO
Diamond Platnuz ni umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Tanzania, mu gihe uyu musore yarongoraga Zari, umugore wari usanzwe afite undi mugabo n’abana 3, benshi bavugaga byinshi ko umubano wabo utazamara kabiri, ariko kuri ubu uyu muryango ugaragara nk’uri mu mavuta y’urukundo. Diamond amaze kubyaza uyu mudore we Zari abana 2, mu gihe kitarenze imyaka 3 […]
Intumwa idasanzwe ya Loni mu Biyaga Bigari yasabye kongera ingufu mu kurwanya FDLR na ADF
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye mu Biyaga Bigari irasaba ibihugu byo muri aka karere kongera ingufu mu kurwanya imitwe yitwaje ibirwanisho yagize indiri uburasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi Said Djinnit yabitangarije kuri uyu wa Gatatu ushize imbere y’Akanama k’Amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara na Loni rivuga. “ Ibikorwa bikomeje by’imitwe […]
Impanuro polisi itanga nyuma y'inkongi y'umuriro yibasiye inyubako mu mujyi wa Kigali
Polisi y’u Rwanda irakangurira Abaturarwanda gufata ingamba zo gukumira inkongi z’imiriro birinda ibikorwa n’ikindi cyose gishobora kuzitera hagamijwe kwirinda ingaruka zazo zirimo gushya no kwangirika kw’ibintu bitandukanye, kubura ubuzima no gukomereka. Mu rukerera rwo ku itariki 13 z’uku Kwezi ahagana saa kumi n’imwe inzu y’ubucuruzi iri mu kagari ka Kabeza, mu murenge wa Muhima, akarere […]
Ibimenyetso simusiga byerekana ko Jenoside yateguwe-UBUHAAMYA
Kuri uyu wa 13 Mata 2017, ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yo mu 1994, hagaragaye ubuhamya bugaragaza ibimenyetso simusiga ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mutangabuhamya yatangiye agira ati” Amazina yanje ni Karamaga Thadee, mvuka mu karere ka Burera mu ntara y’Amajyaruguru, nkaba narahoze ndi umusirikare […]
Perezida Kagame yakiriye ambasaderi w’u Bushinwa n’u Buhinde baje kubihagararira mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Mata 2017, Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya uw’u Bushinwa n’u Buhinde guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bakaba bahuriza ku mubano mwiza u Rwanda rufitanye n’ibihugu baje guhagararira. Amb.Rao Hongwei , uje guhagararira igihugu cye cy’u Bushinwa mu Rwanda, ambasade ifite ikicaro mu Rwanda, mbere […]
Ku nshuro ya mbere u Bwongereza bwemeje ko ibibera muri Sudani y’Epfo ari jenoside
Igihugu cy’u Bwongereza kiratangaza ko ubugizi bwa nabi buri kubera muri Sudani y’Epfo ari jenoside y’ubwoko iri gukorwa nk’uko byemejwe n’umunyamabanga ushinzwe iterambere mpuzamahanga, Priti Patel. Uyu mugore yatangaje ko hari ubwicanyi buri gukorwa amajosi y’abantu acibwa, abagore bafatwa ku ngufu, agasaba abayobozi b’amahanga gushyira ingufu mu guhatira guverinoma ya Sudani y’Epfo guhagarika ubwo bugizi […]
Hagiye gukoreshwa iturufu y’ubukerarugendo Musanze ibe umujyi ukurikira Kigali
Akarere ka Musanze gasanga kagiye gukoresha intwaro y’ubukerarugendo Kugira ngo kagere ku ntego yo kuba umujyi wa kabiri mu mijyi yunganira Kigali. Uretse kubungabunga no kurushaho gufata neza ibikorwa nyaburanga gafite, aka karere ngo kari gutunganya imishinga minini yo guteza imbere ubukerarugendo. Hamenyerewe ko ubukerarugendo mu Karere ka Musanze bushingiye ku gusura ingagi cyangwa kureba […]
Ukuri kurazwi; Jenoside ntiyabaye impanuka cyangwa ikiiza, yarateguwe- Makuza Bernard
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Bernard Makuza yasabye abanyepolitiki ndetse n’Abanyarwanda muri rusange kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside kuko ari yo yatumye u Rwanda rugera mu icuraburindi ry’itsembabwoko ryakorewe Abatutsi mu 1994, bityo akemeza ko Jenoside yateguwe kandi igashyirwa mu bikorwa n’ubuyobozi bwariho. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga ku mugaragaro icyumweru cyahariwe kwibuka ku nshuro ya 23 […]
Burundi: Haba hari ihuriro rishya ry’abarwanya ubutegetsi ryashingiwe mu Rwanda
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi bahunze baba bashinze irindi huriro rya politiki ryiswe mu Gifaransa, Convention Des Mouvements Armes et partis Politiques (CMAP) bivugwa ko ryaba ryarashingiwe I Nyamata mu Rwanda ndetse rishyigikiwe na Hussein Radjabu. Iri huriro rije risanga andi abiri y’ingenzi arwanya ubutegetsi bw’u Burundi ari yo; ADC Ikibiri […]
Uganda: Guverinoma iratangaza ko itazishyura miliyari 10$ yishyuzwa na Congo
Hashize imyaka igera muri 20 Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera rusaba Uganda kwishyura miliyari 10 z’Amadolari yishyuzwa na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kubera kuyisahurira umutungo no gukora ibyaha byibasiye inyokomuntu yakoreye mu burasirazuba bwa Congo mu mpera z’imyaka ya za 90. Amafaranga Uganda ivuga ko itazishyura nk’uko byemejwe n’intumwa nkuru ya leta yungirije, Rukutana. Mu 1999 […]
Rusizi: Ibuka irishimira uburyo urubyiruko kwitabira ibiganiro byo kwibuka
Umuyobozi wa Ibuka mu karere ka Rusizi, Nkurunziza Chaste avuga ko kuba umubare w’urubyiruko rwitabira gahunda zo kwibuka ugenda wiyongera uko umwaka utashye ari ikintu cy’ingenzi cyane, bikaba bitanga icyizere ko uRwanda rw’ejo hazaza ruzaba rutandukanye cyane n’urw’ejo hashize kuko uru rwo rwigishwa ibyiza rwigiye ku mateka mabi yaranze u Rwanda, agasaba n’urutaratera iyi ntambwe […]
Amafoto n’icyo abari abakozi ba MINAGRI bishwe muri jenoside bibukirwaho
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) iribuka by’umwihariko abari abakozi bayo bayikoreraga mu bice bitandukanye by’igihugu. Ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, iyi Minisiteri yagize ati: “MINAGRI iribuka Abanyarwanda bazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; by’umwihariko abari abakozi mu mishinga n’ibigo byayo”. Reba amafoto n’amwe […]
Impamvu zituma u Rwanda rw’ubu ari igihugu kitagendera ku idini
Amabwiriza mashya ya Minisitiri w’Intebe yabujije gukorera imihango ishingiye ku iyobokamana mu biro bya guverinoma yatumye bamwe babifata ukuntu gutandukanye. Bamwe barabibona nko kubangamira uburenganzira bwo gusenga mu gihe abandi babifata nko gukabya kw’amadini. Guverinoma y’u Rwanda ariko yo ibibona bitandukanye. Aya masengesho ngo yagiye abangamira itangwa rya serivisi no gukoresha nabi inyubako za guverinoma. […]
Burundi: Ishyaka MSD rya Alexis Sinduhije ryahagaritswe
Ishyaka MSD riri ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi ryafatiwe icyemezo cyo guhagarikwa amezi atandatu (6). Iki cyemezo cyo guhagarika ibikorwa bya MSD cyafashwe na minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Pascal barandagiye uvuga ko iki cyemezo cyafashwe kubera impamvu 4 z’ingenzi: Iri shyaka ku ikubitiro rishinjwa gushing umutwe witwaje ibirwanisho urwanya ubutegetsi bw’u Burundi binyuze ku […]
Ruhango: Yatawe muri yombi azira kugerageza guha ruswa umupolisi
Polisi y’u Rwanda iributsa abanyarwanda ko ruswa no kunyereza ibya rubanda ari intandaro y’ubuzima bubi, gutakaza icyizere n’indangagaciro z’abantu n’umuco wabo, ko ruswa itera ubukene, ikamugaza, amaherezo ikica abantu n’igihugu cyose. Kuyikumira no kuyirwanya rero bikaba bisaba gushyiraho ingamba zihariye kandi zihamye. Mu ngamba zashyizweho na Polisi y’u Rwanda, harimo gushyiraho Ishami rya Polisi y’u […]
Kigali: Inzu y’ubucuruzi yibasiwe n’inkongi y’umuriro- AMAFOTO
Ahagana saa kumi n’ebyiri (06:00) z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13 Mata 2017, nibwo inzu y’ubucuruzi iherereye ku muhanda uri munsi ya gare nshya yo mu mujyi yibasiwe n’inkongi y’umuriro. Mu gihe hataramenyekana icyaba cyayiteye, muri iyi nzu ibicuruzwa byari birimo byahiye birakongoka dore ko hakorerwagamo ubucuruzi bw’amapine n’ibindi byuma by’imodoka bishya. Polisi […]
PM Murekezi yijeje Abanyarwanda ko nta Jenoside izongera kuba
Minisitiri w’Intebe Murekezi Anastase yijeje Abanyarwanda ko nta Jenoside izongera kuba mu Rwanda bitewe n’aho Abanyarwanda bageze biyubaka. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Mata 2017, ubwo yagezaga ijambo ku bari bitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 23 Abatutsi bazize Jenoside yo muri Mata 1994, bashyinguye mu rwibutso rwa Murambi mu karere ka […]
Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya
Ubusanzwe si kenshi abantu bamenyereye kumva aho abagize umuryango wa Perezida w’Amerika bagira uruhare mu bikorwa cyangwa operasiyo zikaze z’intambara igihugu cyabo kiba kiri kurwana n’amahanga. Ku isi yose, bikunze kugaragara ko abantu baba bagize umiryango wa Perezida uri ku butegetsi bari bakunze kwibanda ku bikorwa by’ubutabazi no gukora ubuvugizi ku ngingo zibanda ku guhindura […]
Nari namenye ko ngiye kwicwa nk’imbesile (imbécile)- Col. Manirakiza Adolphe
Nyuma y’itariki ya 13 Gicurasi 2015, ubwo hapfubaga coup d’Etat mu Burundi, abasirikare benshi bo mu bwoko bw’Abatutsi nibwo batangiye kuva mu gihugu bahunga, umwe ufite ipeti rya koloneli yatangaje ko yari agiye kwicwa nk’umuntu udafite icyo avuze. “Narimbizi ko ngiye kwicwa nk’imbesile, n’umugore wanjye n’abana” mu mwaka wa 2016, ubwo yagiraga amahirwe yo koherezwa […]
Violette Uwamahoro wari ufungiye mu Rwanda yageze mu Bwongereza
Violette Uwamahoro, Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza, wari warafatiwe mu Rwanda agafungwa kubera ibyaha yari akurikiranweho, kuri ubu yageze mu Bwongereza mu gihe yari yafunguwe n’urukiko by’agateganyo ngo akurikiranwe ari hanze. Uwamahoro ubwo yagezwaga mu rukiko bwa mbere ku wa 23 Werurwe, yaranzwe no guhakana ibyaha yaregwaga birimo gushaka kurema umutwe w’ingabo, kumena amabanga y’igihugu no […]
Amerika: Perezida Trump yungutse amaboko amushyigikiye mu kurwanya abimukira
Umucamanza mukuru muri Reta Zunze Ubumwe z’Amerika Jeff Sessions, yatangaje ko agiye gutera Perezida Trumo ingabo mmu bitugu ku mugambi afite wo guhashya abimukira binjira muri Amerika baciye ku mupaka w’Amerika na Mexique batabifitiye uburenganzira. Ibi yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Mata 2017, mu rugendo yagiriye muri Reta ya Arizona iherereye mu […]
RDC: Rurageretse hagati y’Abanyamurenge n’Abafurero
Muri Republika Iharanira Demokarasi ya Kongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo ahitwa mu Minembwe haravugwa intambara ikaze guhera kuri uyu wa Gatanu ku itariki ya 07 Mata 2017 kugeza magingo aya. Radio BBC dukesha iyi nkuru yatangaje ko iyi ntambara yadutse muri ako karere yatangijwe n’abo mu bwoko bw’abafurero bagabye ibitero ku Banyamurenge bikaza kuba […]
PM Murekezi yihanije abavanga amasengesho n’akazi ka leta
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Mata 2017, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yashyize ahagaragara itangazo rigenewe za Minisiteri zitandukanye mu gihugu azisaba guhagarika ibikorwa by’amasengesho byaba bikorerwa mu kazi muri za Minisiteri bayobora ndetse anabasaba ko bidatinze iri tangazo barigeza ku zindi nzego zibarizwa muri izo Minisiteri. Muri iri tangazo, Minisitiri w’Intebe Murekezi yagize […]
Tera inda abakeba babyare Imbonerakure- Indirimbo y’Imbonerakure yakuye benshi imitima
Mu gihe mu gihugu cy’u Burundi hagikomeje kugaragara ibikorwa byo kubangamira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, kuri ubu bamwe bakutse imitima nyuma yo kureba no kumva (audio&video) Imbonerakure zashyize hanze. Ku wa 1 Mata 2017, nibwo Imbonerakure z’abasore n’abagabo zaririmbye indirimbo ziri ku mirongo igororotse, ubwo zari zitabiriye igikorwa cyari cyateguwe n’Ishyaka riri ku butegetsi mu gace ka […]
Umuhango wo kwibuka i Nyanza ya Kicukiro – REBA AMAFOTO
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Mata 2017, Akarere ka Kicukiro kibutse ku nshuro ya 23 inzirakarengane z’Abatutsi zazize Jenoside, mu gikorwa kitabiriwe n’abantu batandukanye barimo abayobozi mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu ndetse n’abaturage bo muri aka karere n’abaturanyi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro Perezidante w’umutwe w’Abadepite mu Nteko, Donatile Mukabalisa yagejeje ku bari aho, […]
Kayonza: Abagabo 4 bakurikiranyweho kwiba no kubaga inka y'umuturage
Abagabo 4 barimo Majyambere Pierre w’imyaka 27, Nsekanabo Jacques w’imyaka 22, Rugwiza Modeste w’imyaka 33 na Havugimana Jean Bosco w’imyaka 35 y’amavuko bafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Rukara ikorera mu karere ka Kayonza, nyuma yo gufatirwa mu cyuho bibye inka y’umuturage mu rukerera rwo ku itariki ya 10 Mata. Ubu bujura bukaba bwarabereye mu […]
RDC: Minisitiri w’Intebe mushya yasabwe kurandura FDLR n’indi mitwe y’inyeshyamba
Ikigo gishinzwe guteza imbere amahoro, Demokarasi n’uburenganzira bwa muntu (CEPADHO) muri Congo, nicyo cyasabye Minisitiri w’Intebe mushya, Bruno Tshibala, kurandura burundu inyeshyamba za FDLR n’indi mitwe yose yitwara kinyeshyamba ikidegembya ku butaka bwa Congo. Iki kigo kandi giteze byinshi kuri Minisitiri w’Intebe, Bruno Tshibala, birimo kugarura agaciro k’ifaranga rya Congo, guhindura imibereho myiza y’abaturage ndetse […]
Intambara iratutumba: Korea ya Ruguru irarasa Amerika niba idahagaritse ubushotoranyi
Guhera mu cyumweru gishize kugeza magingo aya icyuka cy’intambara ikaze gikomeje gututumba hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Korea ya Ruguru.  KCNA bya Biro Ntaramakuru bya Korea ya Ruguru muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Mata 2017, byatangaje ko magingo aya ingabo ibihumbi n’ibihumbagiza za Korea ya […]
Abayobozi batandukanye mu Buhinde bifatanyije n'Abanyarwanda kwibuka- AMAFOTO
Kuri uyu wa 11 Mata 2017, Abanyarwanda baba mu gihugu cy’u Buhinde bifatanyije n’abayobozi bo muri kiriya gihugu kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, mu gikorwa cyabereye mu mujyi wa Dalhi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Binyuze ku rukuta rwa Twitter rwa Ambasade y’u Rwanda muri kiriya gihugu, abadipolomate bo mu bihugu bitandukanye […]
Ahantu habereye ubwicanyi bukabije kuwa 11 Mata 1994 nuko ingabo za RPA zarokoye Abatutsi
Umutwe w’ingabo z’umuryango w’abibumbye zo mu gihugu cy’Ububiligi, zasize abatutsi barenga 2000 bari babahungiyeho mu ishuri rya ETO Kicukiro, kandi nta bundi butabazi bafite. · Abatutsi bari bahungiye mu Iseminari Nto ya Ndera, barishwe. · Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi ya EER Gahini (mu karere ka Kayonza) barishwe. · Interahamwe n’abandi bahutu baturutse muri Komini […]
Rubavu: Hari amasoko atarema kubera gutinya imisoro
Mu mirenge itandukanye y’akarere ka Rubavu, hubatswe amasoko ariko kugeza ubu amwe abaturage banze kuyarema ,mugihe nyamara aya masoko aba yaratwaye akayabo k’amafaranga menshi, ariko ugasanga munkengero zaya masoko niho aba baturage bagurishiriza. Amasoko yubatswe kugeza ubu atarema, harimo irya Rubavu, irya Rugerero, irya Kanzenze rirema buke, n’isoko ry’amatungo rya Kanzenze. Kuba abaturage batarema aya […]
Abagore n’abakobwa basaga 6000 barokotse Jenoside, bandujwe SIDA
Mu bagore 180,593 barokotse jenoside 3,5% byabo, ni ukuvuga abagera ku 6,321, bandujwe agakoko ka gatera SIDA mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu gihe 2,9% bafite ibibazo bikomeye by’ihungabana rikomeye batewe no kuba bamwe muri bo baranagiye bacibwa ibice bimwe byo mu myanya myibarukiro nk’uko imibare ibigaragaza. Nk’uko iyi mibare y’Ikigo cy’Igihugu […]
Byinshi ku ntambara yakuyeho umunyagitugu Idi Amin mu myaka 38 ishize
Kuri itariki nk’iyi ya 11 Mata mu 1979, ubu imyaka 38 irirenze, nibwo umunyagitugu wahoze ari perezida wa Uganda, Idi Amin Dada yahiritswe ku butegetsi bikaba ngombwa ko ata igihugu agahunga nyuma y’aho ingabo za Tanzania zifatanyije n’Abagande barwamurwanyaga zigaruriraga umurwa mukuru, Kampala zigakuraho ingoma y’igitugu yari imaze imyaka 8. Reka twibukiranye bimwe mu bihe […]
Perezida Nkurunziza yakuriye inzira ku murima umuhuza Mkapa ku cyifuzo cyo kurekura abafunze
Nyuma y’uko umuhuza mu biganiro bigamije kunga abashyamiranye mu gihugu cy’u Burundi, Benjamin Mkapa asabye perezida Petero Nkurunziza gutanga imbabazi z’agateganyo ku bantu bafunzwe bazira ibibazo bya politiki muri kiriya gihugu bakajya gukurikirana biriya biganiro, perezida Nkurunziza yamaze kumusubiza amubwira ko bidashoboka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko hari abanyepolitiki batandukanye muri kiriya […]
Ese urujya n’uruza rw’abavugabutumwa bacicikanaga mu Rwanda rwazimiriye he?
Mu gihe nk’iki u Rwanda ndetse n’isi yose muri rusange bibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ntawabura gusubiza amaso inyuma ngo anavuge ku bijyanye n’ibikorwa by’isanamitima by’indashyikirwa byagiye byigaragaza ku bwinshi nyuma y’aho Ingabo zahoze ari iza RPF-RPA Inkotanyi zihagarikiye iyo Jenoside. Kimwe muri ibyo bikorwa twashatse guheraho uyu munsi mu […]
Burundi: Perezida wa Sena yasabye abaturage ba Makamba kwica bucece umuntu wese batazi
Perezida wa Sena y’u Burundi yongeye kuvuga amagambo yateye impungenge abatari bacye, bayafashe nko gukomeza gukongeza urwango n’ubugizi bwa nabi, aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Mata, yasabye abaturage b’ahitwa Kazirabageni muri Komini Nyanza-Lac guhumbahumba bucece umuntu wese ngo batazi ndetse n’utavuka mu Ntara ya Makamba, aho yakoresheje ijambo “kwegeranya”. Hon. Reverien Ndikuriyo, […]
FDLR: Abanyenduga n’Abakiga basubiranyemo, ese bazataha ari uko bamaranye?
Minisitiri w’Ingabo, Gen. James Kabarebe, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi ku Rwibutso rwa Bisesero ruherereye mu Karere ka Karongi, yagarutse ku buhemu bw’Interahamwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko aho zahungiye mu mashyamba ya Congo nazo ubwazo zasubiranyemo, zirirwa ziryana ubwazo. Umuhango wabaye ku wa Mbere tariki ya 10 […]
Uganda: Umugore akurikiranyweho kwica umwana we akamuta mu musarani
Umugore witwa S olome Nabukeera w’imyaka 20 y’amavuko, acumbikiwe na polisi yo mugace ka Ziroobwe ko mu karere ka Luweero nyuma yo kwica umwana we w’uruhinja yarangiza akamujugunya mu musarane w’abaturanyi be. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] New vision dukesha iyi nkuru, ivuga ko Polisi yo muri kariya gace isobanura ko kugeza ubu uyu mugore bamufite ndetse akaba […]
Rusizi: Uwarokotse Jenoside ahohotewe incuro ya 6 mu gihe cyo kwibuka
Uwizeyimana Bernadette w’imyaka 32 warokotse Jenoside yakorewe abatutsi arwariye mu kigo nderabuzima cya Kiyisilamu cya Bugarama,mu murenge wa Bugarama ,mu karere ka Rusizi nyuma yo gukomeretswa n’umuntu avuga ko atabashije kumenya. Iyi ibaye incuro ya 6 ahohoterwa kandi bikaba mu gihe cyo kwibuka, akaba asaba ubuyobozi ko bwamwimura aho atuye kuko ngo nta mutekano ahafite. […]
Hari abakoze Jenoside bahura n’ihungabana bagatinya kubigaragaza
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibijyanye n’indwara zo mu mutwe gitangaza ko ikibazo cy’ihungabana gikomeje gufata indi ntera ariko cyane cyane kigakaragara muri ibi bihe byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabaye muri Mata 1994. Iki kibazo kandi kigaragara mu nzego zose ari iz’abiciwe ndetse n’abagize uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi nubwo bamwe batinya kubigaragaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dr […]
Kuva uyu mwaka watangira hamaze gutaha impunzi z’Abanyarwanda 2000 – HCR
Impunzi z’Abanyarwanda 2000, mu zibarirwa mu 200,000 zikiri ku butaka bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zahungiyemo mu 1994, nizo zimaze gutaha mu Rwanda kuva uyu mwaka wa 2017 watangira nk’uko byatangarijwe mu Cyumweru gishize I Kinshasa n’uhagarariye HCR muri iki gihugu, Ann Encontre. Ubwo uyu muyobozi uhagarariye HCR muri Congo yatangaga ibisobanuro mu nama […]
Sudani y’Epfo: Ingabo za RDF ziri mu butumwa bw’amahoro zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
Ingabo n’abapolisi b’u Rwanda babungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo nabo bifatanije n’abanyarwanda baba muri iki gihugu hamwe n’inshuti n’abakozi b’Umuryango w’Abibumye mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 23. Umuhango watangijwe n’urugendo rwo kwibuka rwatangiriye mu kigo cya Juba Tomping Camp ahakozwe hafi ibirometero bibiri kugera mu kigo cy’Ingabo z’u […]
Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke
Mu miryango no mu bantu muri rusange, birashoboka ko habamo amakimbirane, kutumvikana cyangwa umwe agakoserereza undi, nyamara ariko uburyo bwo gukemura ibibazo abantu bafitanye si ukwihorera kuko ari icyaha kandi bishobora gutera ingaruka nyinshi. Ni byiza rero ko abafitanye amakimbirane no kutumvikana cyangwa hari uwakosereje undi, bagana ubutabera aho kwihanira kuko hari ubwo bivamo gukomereka […]
Somalia: Umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu mu kigo cya gisirikare
Umwiyahuzi wiyambitse imyambaro y’igisirikare cya Somalia kuri uyu wa Mbere nyuma yacengeye mu kigo cy’imyitozo cya gisirikare yiturikirizaho igisasu ahitana abasirikare icyenda bose barimo abafite ipeti rya colonel babiri nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Uyu mwiyahuzi biravugwa ko yabashije kwinjira muri iki kigo cya gisirikare gitorezwamo abinjiye mu gisirikare vuba, kiri hafi y’umujyi wa Mogadishu, akiturikirizaho igisasu […]
Sudani y'Epfo: Abaturage basigaye batunzwe n'amababi y'ibiti nk'inyamaswa
Imiryango mpuzamahanga iratabaziza abaturage ba Sudani y’Epfo basigaye batunzwe n’amababi y’ibiti n’ibindi biribwa byo mu gasozi kubera ikibazo cy’inzara gikomeje kubugariza. Inama yita ku mpunzi mu gihugu cya Norvege (NRC) yatangaje ko abaturage bo mu gace ka Aweil gaherereye mumajyaruguru ya kiriya gihugu kuri ubu batunzwe n’amababi y’ibiti ndetse na bimwe mu bimera byo mu […]
Kwibuka23: Abanyarwanda baba muri Ghana basabye Guverinoma kwigira ku byabaye mu Rwanda
Mu gihe mu Rwanda twibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; muri Ghana guverinoma irasabwa kwigira ku byabaye mu Rwanda hirindwa ko amahano nk’aya yaba muri iki gihugu nk’uko babibwiwe na chairman w’Umurynago Nyarwanda uba muri Ghana. Chairman w’Umuryango Nyarwanda, cyangwa se ukuriye Abanyarwanda baba muri Ghana, bwana Bernardin Gatete, yavuze ko […]
Bisesero: Twirwanyeho ku buryo no mu bicanyi hapfuye abatari bacye (Ubuhamya)
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku rwibutso rwa Bisesero ruherereye mu karere ka Karongi mu ntara y’Uburengerazuba, uwatanze ubuhamya yavuze ku mirwano ikomeye abahigwaga barwanye n’ingabo zari iza leta yariho yaguyemo abatari bacye. Kuri uyu wa 10 Mata 2017, Eric Nzabahimana, umwe mu barokokeye kuri uwo musozi, yavuze ko […]
Ese Perezida Nkurunziza aremera kurekura Gen Cyrille Ndayirukiye na bagenzi be?
Benjamin William Mkapa, ni umunyapolitiki ukomoka muri Tanzania akaba umuhuza mu biganiro bigamije guhuza Abarundi nyuma y’imvururu zavutse kuva 2015. Izi mvururu zakuruwe na kandidatire kuri manda ya gatatu ya Perezida Nkurunziza bamwe batemeraga, izi mvururu zanaje gutera bamwe mu basirikare n’abapolisi gushaka kumuhirika ku butegetsi ku ngufu. Kuri ubu, uyu muhuza yandikiye Perezida Nkurunziza […]