Ese uzi impamvu ari ngombwa guhumiriza igihe abantu basomana ?
Ni kenshi iyo abantu bagiye gusomana babanza guhumiriza, ariko nubwo ari ibintu byikora, guhumiriza mu gihe cyo gusomana ni rimwe mu mabwiriza agenga iki gikorwa ku babikora babizi ndetse nashaka kuryoherwa kurushaho. Ibi ni bimwe mu byiza byo gusomana abantu bahumirije. Abasomana iyo babikoze bahumirije, barushaho kwiyumvisha ibyo bari gukora ndetse n’uburyohe bwabyo kuko bituma […]
Ese ikibazo cy’ibinogo by’amazi muri gare ya Nyabugogo kizakemuka ryari?- AMAFOTO
Iyo ugeze muri gare abagenzi bategeramo imodoka ya Nyabugogo iri mu mujyi wa Kigali, cyane cyane iyo imvura ihise, usanga abagenzi bivovotera ibinogo biba byaretsemo amazi usanga biba bibabangamiye, ubu bakaba bibaza igihe bizasanirwa. Iyo imvura ihise imodoka ziterana ibiziba ubwazo, intonganya hagati y’abashoferi za hato na hato umwe abwira undi ati ibi unkoreye ni […]
Rusizi: Abubatse Guest House ya Nkombo barashinja akarere kuyitanga batabanje kwishyurwa
Abaturage bagera ku 200 bubatse Guest house ya Nkombo mu Karere ka Rusizi, imaze amezi 6 itangiye imirimo yayo bararira ayo kwarika nyuma y’imyaka 4 yose barakoze bakaba ngo nta faranga na rimwe bishyuwe,nyamara bakajya kumva bakumva ngo akarere karayitanze( kayitanze ku wa 01 Ugushyingo umwaka ushize),kazi igihe basiragiriye bishyuza amafaranga yabo, kakayitanga batayahawe kandi […]
Nairobi: Uwa mbere muri Afurika n’uwa 2 ku isi mu mijyi ifite akavuyo mu muhanda
Umujyi wa Nairobi muri Kenya, washyizwe ku mwanya wa 2 ku rutonde rw’imijyi ifite akavuyo mu muhanda (Traffic jam) ku isi, uyu mujyi ukanayobora urutonde rw’imijyi 6 muri Afurika irangwa n’iki kibazo aho usanga ibinyabiziga bishobora no kurara mu muhanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga rwo muri Serbia rukurikiranira hafi ibibera mu mijyi itandukanye hirya no hino […]
Kayonza: Ubuyobozi bwambuye utishoboye ibyo yaremewe n’abaturage
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Musumba, yategetse umukuru w’umudugudu kwambura umuturage utishoboye ibyo yaremewe na bagenzi be. Impamvu ngo ntiyacitse ku icumu, nyamara abaturage barakeka ko bigiye kurigiswa. Ni mu mudugudu wa Kiyovu ho mu kagari ka Musumba, mu murenge wa Nyamirama, akarere ka Kayonza mu ntara y’Iburasirazuba. Abaturage ubu ntibajya imbizi n’ubuyobozi, nyuma y’uko umukuru […]
Yapfiriye mu irimbi agiye kwiba agahanga k’umukecuru wahambwe cyera
Ibi byabereye mu gace ka Kazure muri Leta ya Jigaya mu gihugu cya Nigeria, aho umugabo yikoze na bagenzi bakajya mu irimbi gucukura imva y’umukecuru ngo bakuremo agahanga ke bashakaga kugakoresha mu mihango ya satani, ntibyamuhiriye kuko yarahapfiriye. Uyu mugabo yari kumwe n’abandi bari bajyanye gucukura ngo babone ako gahanga, ubwo bakageragaho, yamanutse agiye kugafata […]
Perezida Kagame yageze muri Djibuti mu ruzinduko rw’iminsi 2
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, aherekejwe na madamu we, Jeannette Kagame, kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Mata 2017 basesekaye mu murwa mukuru w’igihugu cya Djibuti mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2. Uru ruzinduko akaba ari rumwe mu zo perezida Kagame yatangiye mu mpera za 2016 agenda akorera hirya no hino mu rwego rwo gutsura no […]
RDC: Gen. Kanyama wari warazengereje abaturage ba Kinshasa yirukanwe
Gen. Celestin Kanyama, wari ukuriye igipolisi cyo mu mujyi wa Kinshasa, akaba yari yarashyiriweho ibihano n’u Burayi ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Mbere yirukanwe ku mwanya we asimbuzwa umwe mu bari bamwungirije. Col. Elvis Palanga Nawej niwe wahise asimbura Gen. Kanyama by’agateganyo ku buyobozi bw’Igipolsi cyo mu murwa mukuru wa […]
ISHEMA TV: Televiziyo ije kumva ibibazo by’abaturage no gukurikirana uko bikemurwa
Ibi ni ibitangazwa na Gakire Fidèle, Umuyobozi Mukuru wa ISHEMA TV mu kiganiro na Bwiza.com nyuma y’aho kuwa 29 Werurwe 2017 irangije imirimo y’isuzuma (test). Gakire agira ati: “Twashyizeho televisiyo igamije guhuza ibikorwa bya Leta n’ibyifuzo bya rubanda muri gahunda zibagenewe yitwa ISHEMA TV. Ni igitangazamakuru cy’amajwi n’amashusho gishyizweho n’abanyamakuru b’Abanyamwuga kandi bigenga bamaze igihe […]
Ku myaka 70, yabyaye abana 54 ku bagore 6 gusa (Amafoto)
Umusaza witwa Abdul Majeed Mengal w’imyaka 70 y’amavuko ukomoka mu gace ka Quetta mu gihugu cya Pakistani, ni umwe mu bantu babyaye abana benshi ku isi n’abagore barenze umwe, aho uyu musaza amaze kugeza ku bana bagera kuri 54 yabyaranye n’abagore 6 gusa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Avuga ko yatangiye kubyara kuva akiri umusore kuko mu bwana […]
Korea ya Ruguru icyo igamije ngo ni uguca agasuzuguro ka Amerika
Mu gihe Amerika ishinjwa na Korea ya Ruguru gushaka kuyivangira mu buzima no gukoresha igitugu ku mahanga, kuri ubu mu rwego rwo guca ako gasuzuguro yatangaje ko izajya igeregeza ibisasu byayo buri cyumweru. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Korea ya Ruguru, Han Song-Ryol, ko uko gutana mu mitwe kose bitangiye nyuma yaho Amerika […]
Abafite ababo bari bafungiye muri Gereza ya Gasabo baravuga ko batabwirwa aho bimuriwe
Imiryango y’imfungwa zari zifungiye muri Gereza ya Gasabo mu Mujyi wa Kigali iravuga ko itaramenyeshwa aho abantu bayo bimuriwe muri za gereza zitandukanye nyuma y’imyigaragambyo iherutse kubera muri iyi gereza. Iminsi ibiri nyuma y’uko iyi gereza yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuwa 31 Werurwe, hakurikiyeho imyigaragambyo y’imfungwa zamaganaga imibereho zari zibayeho nyuma y’iyo nkongi. Icyumweru kimwe nyuma […]
Kuwa 17-18 Mata 1994 Abatutsi 23,000 bahungiye muri za kiliziya barishwe
· Bwana Jean-Baptiste Habyarimana, wari perefe wa Butare, warwanyije umugambi wo gutsemba abatutsi, yarishwe n’umuryango we. · Kuva tariki ya 17-18/04/1994, Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi Simbi, abari bahungiye mu cy’ishuri ES.St.J.Bosco no ku kibuga cy’umupira cya Maraba, hose ho muri Komini Maraba ubu akaba ari mu Karere ka Huye, barishwe bose. · Abatutsi bari […]
Rutsiro: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza guha ruswa umupolisi
Mu gihe Polisi y’u Rwanda yihaye gahunda yo kutihanganira ruswa, hari abantu batarumva ububi bwayo ku buryo bakomeje kuyakira no kuyitanga. Ku itariki ya 16 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro yataye muri yombi umugabo witwa Nzabakurana Justin w’imyaka 38 ubwo yashakaga guha ruswa y’ibihumbi 10.000 by’amafaranga y’u Rwanda umupolisi wari uri […]
Rusizi: Umugabo afunze akekwaho kutita ku mwana yabyaye ufite ubumuga
Uwihanganye Innocent w’imyaka w’imyaka 29 afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Bugarama iri mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho kutita ku mwana yibyariye ufite ubumuga,akaba ari nyuma y’uko we n’uwo bamubyaranye bafashwe n’irondo bajugunya umwana babyaye ufite ubumuga kwa nyina w’uyu Uwihanganye mu ma saa tanu z’ijoro,umwana aririra hanze. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo […]
Rwamagana: Hari abaturage bakishyura imisoro ku butaka butakiri ubwabo
Abaturage bo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana bafite amasambu yanyujijwemo imihanda bamaze imyaka 3 bakwa imisoro y’iyo mihanda bitewe nuko yari mu butaka bwabo kandi baranabutanze ku buntu, ibintu ubuyobozi bw’akarere buvuga ko ari uburangare bw’umuturage ugitanga ayo mafaranga kuko uwabwegereye ngo yakuriweho iyo misoro. Uyu mwaka ubaye uwa gatatu ushize abaturage […]
Rusizi: Umurinzi w’igihango wahanganye n’ibitero muri Jenoside yagororewe inka n’itorero ADEPR
Ubuyobozi bw’itorero ADEPR mu karere ka Rusizi,ubwa Ibuka mu murenge wa Giheke n’ubw’umurenge wa Giheke mu karere ka Rusizi burashimira byimazeyo umurinzi w’igihango Bucyana Epainette ubutwari yagaraje ubwo yahanganaga n’ibitero byazaga gutwika urusengero rwa paruwasi ya ADEPR Ntura kugeza ubwo abicanyi basubijeyo Lisansi bari bazanye ntibatwikiremo abicwaga. Bucyana ngo yakomeje guhanga na bo bagarutse kwica […]
Rayon Sports itegerejwe i Kigali nyuma yo gutsindirwa mu mahanga
Ikipe ya Rayon Sports ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CAF Confederation Cup itegerejwe mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Mata 2017, nyuma y’uko ibuze umukino wa mbere w’irushanwa. Iyi kipe yari imaze iminsi mu gihugu cya Nigeriya mu mukino waraye uyihuje na Rivers United yo muri kiriya gihugu yanayitsindiyeyo ibitego 2 […]
Mukobwa ugiye kurushinga, dore ibintu 5 bizagufasha kunezeza umugabo wawe mu buriri
Umukobwa iyo yitegura kurushinga cyangwa na mbere yaho akiri inkumi, hari inyigisho aba akeneye guhabwa. Akenshi akazihabwa na nyina, nyirasenge cyangwa undi waba amurera afata nk’umwana we, yigishwa uko rwubakwa, uko umugabo yubahwa n’uko anezezwa, dore ibintu 5 byafasha umukobwa ni ibi: 1.Kwiyakira n’uwo muzarushingana: Mbere na mbere mukobwa niba witegura kurushinga, banza wiyakire wumve […]
Zimwe mu nyamaswa nini ku isi kuruta izindi
Ku isi habarirwa Miliyoni z’amoko y’inyamaswa n’udukoko, ari izigaragara ari n’izitagaragara n’amaso ku buryo uumuntu azibona hifashishijwe ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Muri ibyo biremwa byose, hari inyamaswa zagiye zigaragara cyane mu bitabo n’ahandi henshi zigaragara nk’izihariye kubera ubunini bwazo ndetse n’uburemere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hano hari urutonde rw’inyamaswa 10 nini kuruta izindi ku isi, aho zirangajwe imbere […]
Burundi: Umuganga arashinjwa uruhare mu rupfu rw’umupolisi nyuma yo kwanga gupima umurambo
Dogiteri Gaspard Maregwa amaze hafi icyumweru afungiye muri kasho y’ubushinjacyaha bwa polisi ya Bujumbura ashinjwa kwanga gukorera ibizamini umurambo w’umupolisi, OPC 1 Charles Ndihokubwayo wishwe muri Werurwe. Ni mu gihe abakozi bakorana ku Bitaro bya Kaminuza byitiriwe Umwami Khaled (CHUK), bo bemeza ko ibi bitaro biherereye mu Kamenge, bidafite ibyuma byabugenewe byo gukora ibizami nk’ibi […]
Abanyarwanda bazinjira mu bwihugiko, buri rugo rumaze gutunga ubwiherero
Ikibazo cy’imiryango itagira ubwiherero kimaze iminsi, ariko ubu noneho cyavugutiwe umuti. Minisitiri w’Intebe yabwiye abadepite ko kitarenza amezi atatu, ubwo bivuga ko itora ryo muri Kanama rizasanga kimaze ukwezi gikemutse. Mu mudugudu wa Kiruhura, akagari ka Cyasemakamba, mu mujyi wa Kibungo rwagati, hari imiryango ifite ubwiherero butaboneye: bwubakishije ibishwangara, ibirere n’ibyatsi by’ishyamba,… bumwe budasakaye, bukingishije […]
Rusizi: Abasore 2 b’abanyekongo bafatanywe Enveloppe yuzuye urumogi
Abasore 2 b’abanyekongo bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Bugarama mu karere ka Rusizi bakurikiranyweho kwinjiza urumogi mu gihugu,bakaba bararufatanywe mu ma saa saba y’amanywa kuri iki cyumweru mu kagari ka Cyarukara mu murenge wa Muganza. Nk’uko bwiza.com yabitangarijwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’agateganyo w’aka kagari ka Cyarukara Musabyemariya Suzanne ngo aba basore HARUNI Baraka w’imyaka 22 […]
Uganda: Haravugwa itotezwa rya bamwe mu bayobozi nyuma y’urupfu rwa AIGP Kaweesi
Nyuma y’urupfu rw’uwari umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, AIGP Andrew Kaweesi, bamwe mu bayobozi n’abaturage bafashwe n’iperereza baratakamba kubera ibikorwa by’iyicarubozo bari gukorerwa. Chimpreport ivuga ko hari abayobozi ndetse n’abaturage batawe muri yombi bikekwa ko babonye uyu mupolisi yicwa mu kwezi gushize hamwe na bagenzi be 2 barimo uwamurindaga n’uwari utwayi imodoka barimo, ubwobagabwagaho igitero cy’amasasu […]
Muri 2050 Amerika izaba iri ku mwanya wa 3 mu bukungu u Bufaransa butari mu bihugu 10 bya mbere – PwC
Uhereye ubu kugeza mu 2050 Isi dutuye izaba yarahindutse itandukanye nk’uko tuyizi ubu, kandi impinduka zizanagaragara no mu bijyanye n’ubukungu n’imari nk’uko abahanga babyemeza. Raporo y’ikigo PwC, gikora ubugenzuzi mu bijyanye n’imisoro kikanatanga inama mu bijyanye na serivisi gifite icyicaro I London mu Bwongereza, yasuzumye uko ubukungu bw’isi buzaba bwifashe n’ibihugu bizaba biyoboye mu bukungu […]
Nicki Minaj yifurije abafana be Pasika nziza abasangiza ku bwiza bw’amabere ye- AMAFOTO
Ubwo abatuye isi bizihizaga umunsi mukuru wa pasika wibutsa abemera kiristo izuka rye, Umuraperi, Nicki Minaji yafashe akanya yifuriza abafana be umunsi mwiza ndetse anabasangiza ku mafoto. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, yagize ati: “Pasika nziza, turimo gufata amashusho ya made ya look (indirimbo ye)”. Uyu mukobwa w’imyaka 34 y’amavuko, nyuma y’amasaha 3 gusa ashyize ubu […]
Kuwa 16/04/1994 Abatutsi 2000 bari bahungiye muri kiliziya ya Nyange bayisenyeweho baricwa
 Abatutsi bagera ku 5000 bari bahungiye mu Kiliziya ya Ntarama mu Bugesera bishwe n’Interahamwe n’abasirikare bo mu kigo cya Gako n’abandi baturutse i Kigali. Icyo gitero cyayobowe n’uwitwa Karera Francois. Izo Nterahamwe zakoreye ubwicanyi ndengakamere abatutsi bari bahungiye mu kiliziya ya Ntarama, bafomoza abagore b’abatutsikazi batwite ngo barebe uko uruhinja rw’umututsi utaravuka aba asa, […]
Imyaka 23 ihatse ukwigarurira imitima y’abanyarwanda kwa FPR na Perezida Kagame
Imyaka 23 ishize u Rwanda ruvuye mu mahano ya Genocide yakorewe abatutsi mu 1994, rwiyubatse ku buryo bukomeye.Bityo bikaba bigoye kuba washidikanya ko uko kwiyubaka n’iterambere bikeshwa umuryango wa FPR Inkotanyi n’umuyobozi (Chairman)wawo Paul Kagame.uku kwiyubaka ku igihugu kandi kwatumye bamwe mu abanyarwanda n’abanyamahanga bagaragaza amarangamutima bafitye Perezida Kagame na FPR Inkotanyi, ko badakomeje kuyobora […]
Nyuma ya Amerika, u Bushinwa n’u Burusiya nabyo byohereje amato yabyo hafi ya Koreya
Ibihugu by’u Bushinwa n’u Burusiya byohereje amato yabyo y’ubutasi ajya guhiga ubwato bwikorera indege z’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugenda busatira amazi y’igihugu cya Koreya ya Ruguru nk’uko amakuru atandukanye ava muri Guverinoma y’u Buyapani yatangajwe n’ikinyamakuru cyaho Yomiuri Shimbun avuga. Biragaragara rero ko ibi bihugu bishaka gukurikiranira hafi urujya n’uruza rwa […]
Kenya: Pasika yasize benshi mu buroko nyuma yo kurwanira mu rusengero
Polisi yo mu karere ka Nyeri mu gihugu cya Kenya yataye muri yombi abatari bacye kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017, ibasanze mu rusengero, ubwo ibyari amasengesho bari babihinduye intambara. Aba bayoboke bo mu idini ya Gospel Outreach Church, barwanye mu gihe bari mu muhango wo kwizihisa umunsi mukuru wa Pasika mu gace […]
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa muri Centrafrica bahaye imfashanyo imfubyi zaho
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bahaye imfubyi zo muri iki gihugu 37 imfashanyo n’impano zirimo ibikoresho by’ishuri, iby’isuku, n’ibiribwa. Iki gikorwa bagikoze ku itariki 15 z’uku kwezi. Cyabereye kuri Misiyoni y’Aba Ortodokse (Orthodox) ya Byzantine […]
Sayinzoga wayoboraga Komisiyo ishinzwe gusubiza ingabo mu buzima busanzwe yitabye Imana
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Mata, nibwo hamenyekanye amakuru ko umusaza Sayinzoga Jean wayoboraga Komisiyo y’igihugu ishinzwe gusubiza ingabo mu buzima busanzwe yitabye Imana mu buryo abantu benshi bavuga ko butunguranye. Amakuru avuga ko uyu musaza wari usanzwe anazwiho kuba indashyikirwa mu bijyanye n’umukino wa Karate yazize indwara itaramenyekana akaba yaguye mu bitaro […]
Rayon sports bayipfunyikiye 2-0 mu mukino ubanza na Rivers United
Ikipe ya Rivers United yo mu gihugu cya Nigeria yatsinze Rayon Sports ibitego 2-0, mu mukino ubanza w’irushanwa rya CAF Confederation Cup, mu ijonjora rya kabiri rya 1/16. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uyu mukino wabereye kuri stade ya Yakuba Gorow mu mujyi wa Port Harcourt, muri Nigeria, hagaragaye gusatira ku mpande zombi ariko ikipe ya Rayon […]
Muhumure ntituzongera kwitwa inzoka, inyenzi n'andi mazina mabi-Hon Mukabarisa
Perezida w’Inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatile yihanganishije abarokotse icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bo mu karere ka Bugesera, umurenge wa Ntarama, anabizeza ko intambwe u Rwanda rumaze gutera rutemerera umuntu uwo ari we wese kwita izina cyangwa gukora ikindi kintu gipfobya uko umuntu yaremwe cyane cyane ku bacitse ku icumu. […]
Sudani y’Epfo: Ingabo za UN zatewe ubwoba n’ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera
Ingabo za UNMISS ziri muri leta ya Sudani y’Epfo zatangaje ko aho bigeze ibiri kubera muri kiriya gihugu birenze ubushobozi bwa zo bityo hakaba hakwiye izindi ngamba mu guhagarika imirwano iriyo. Ibi ni ibyatangajwe n’umunyamabanga ushinzwe ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo, Moustapha SoumarĂ© kuri uyu wa Gatandatu mu butumwa yageneye abari kwizihiza […]
U Bufaransa bwemeye umwenda bubereyemo Abanyafurika baburwaniye mu ntambara ya II y’isi
Nyuma y’imyaka itari micye intambara ya 2 y’isi ibaye, Abanyafurika batari bacye barwaniriye u Bufaransa muri iriya ntambara bagumye muri kiriya gihugu ariko ntibemerwa nk’abantu bakoze akazi gakomeye muri icyo gihe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugeza ubu, abasaza babarirwa mu gihumbi bafite imyaka hagati ya 87 na 90 bari bakiri muri kiriya gihugu bategereje icyo u Bufaransa […]
Wari uzi ko hari telephone zigura za miliyoni z’amadolari? Dore 10 za mbere zihenze
Kuri iyi Isi hari ibintu byinshi by’agaciro abantu bakenera umunsi ku munsi kandi bibatwara amafaranga, nk’amamodoka n’ibindi, ariko buriya hanze aha hari na za telephone zihenze ku buryo umuntu wese atapfa kubyiyumvisha ku buryo usanga zinagura amamiliyoni y’amadorari. Niyo mpamvu twifuje kubagezaho ubwoko 10 bwa telephone buhenze kurusha ubundi. Vertu Signature Diamond Iyi telephone y’agaciro […]
Uko umunsi wa Pasika witeguwe n'uko wizihijwe hirya no hino-AMAFOTO
Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017, abantu biganjemo Abakirisitu mu madini atandukanye, mu myizerere itandukanye bizihije umunsi mukuru uzwi nka Pasika, umunsi usanzwe wibutsa abantu iby’izuka rya Yesu. Uyu munsi ubusanzwe wizihizwa ku munsi wa 3 nyuma y’uko hizihijwe uwo gupfa kwe, abenshi mu myizerere y abo bafata nk’uwa Gatanu mutagatifu. Mu Butaliyani […]
Rusizi: Umurambo w’umusaza w’imyaka 63 watoraguwe mu kivu ukivirirana
Kanyamahanga Evariste w’imyaka 63,wari utuye mu mudugudu wa Isha,akagari ka Kamashangi,mu murenge wa Giheke,mu karere ka Rusizi yishwe n’abagizi ba nabi n’ubu bagishakishwa bikekwa ko bamukubise ifuni mu mutwe, umurambo we ukaba watoraguwe ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu ,mu murenge wa Nkanka mu ma saa munani z’amanywa zo kuri uyu wa gatandatu akivirina amaraso mu […]
Nigeria: Haracyari ikibazo cy’inkingo za mugiga mu gihe imaze kwica abagera kuri 500
Igihugu cya Nigeria kiracyategereje inking zihagije za mugiga nyuma y’aho abantu bakabakaba 500 muri iki gihugu bamaze guhitanwa n’indwara ya Mugiga, mu gihe cy’amezi atanu gusa nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa minisiteri y’ubuzima, Osagie Ehanire. Kugeza ubu inking zimaze kuboneka cyangwa zitezwe ntizigera kuri miliyoni 1,5 mu gihe hakenewe byibuze izigera kuri miliyoni 3. Mu kiganiro […]
Makerere: Umunyeshuri yanyujije umukobwa mu idirishya bapfa ko yanze ko baryamana
Polisi ikorera mu mujyi wa Kampala iri gukurikirana umunyeshuri wigaga mu bijyanye n’ubuvuzi uherutse kunyuza umukobwa mu idirishya ry’igorofa araramo akamuta inyuma kuko yanze ko baryamana mu gace kabamo amacumbi yabo ya Mitchell hall. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukobwa, Brenda Nakyejjwe ngo yinjiye mu cyumba cy’uyu musore witwa Jeremiah Mukyemu w’imyaka 26 y’amavuko agiye kumusura nyuma […]
Burundi: Umupolisi yarashe umugore we ahetse umwana wabo
Abaturage b’ahitwa Ruce muri Komini Rugazi yo mu Ntara ya Bubanza mu gihugu cy’u Burundi baracyari mu gahinda nyuma y’iyicwa ry’umugore warashwe n’umupolisi, wari umugabo we kuwa Gatanu ushize, bikamuviramo urupfu n’uwo yari ahetse agakomereka. Amakuru aturuka muri aka gace avuga ko uyu mugore wishwe yari umugore wa kabiri w’uyu mupolisi, akaba yari atuye ahitwa […]
Rwamagana: Babiri batawe muri yombi bakekwaho gukoresha amafaranga y’amahimbano
Ku itariki ya 14 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yafashe abagabo babiri bakekwaho gutunga no gukoresha amafaranga y’amahimbano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’I Burasirazuba Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko abafashwe ari Ndinda Jacques w’imyaka 40 na mugenzi we Mberwa Augustin w’imyaka 22. Bafatiwe mu kagari […]
Rusizi: Ubuyobozi butewe impungenge n’abantu bakomeje kurohama mu mashyuza baje koga
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buravuga ko butewe impungenge n’abantu baza koga mu mashyuza nijoro abandi batashye bigatera ibibazo byinshi birimo n’imfu,aho abantu 4 bamaze kurohama mo, mu ngamba zafatiwe mu nama y’umutekano iheruka, ubuyobozi bukaba bwarasabye ko yajya afungwa mu masaha y’ijoro akogerwamo gusa mu masaha y’amanywa. Aya mazi ashyushye yitwa amashyuza ari mu murenge […]
Kuwa 15 Mata 1994 Abatutsi 15,000 bahungiye mu rusengero rw’Abangilikani, EER Ruhanga, barishwe
Abatutsi basaga 15,000 biciwe ku rusengero rw’Abangilikani, EER Ruhanga muri Kigali Ngali, ubu akaba ari mu Murenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo. Icyo gihe Abatutsi bose bari barahungiye mu rusengero barishwe, hakoreshejwe ingufu nyinshi z’abasirikare baturutse Rwamagana na Kanombe barabarasa abandi babatwika bakoresheje indege, abadahise bapfa Interahamwe zikabatema. Ibitero byabishe byari biyobowe na ba […]
Koreya ya Ruguru yasohoye ibisasu byayo bya karundura- REBA AMAFOTO
Mu gihe hashize iminsi bitangazwa ko intambara itutumba hagati ya Korera ya Ruguru na Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mata 2017, nibwo Koreya ya Ruguru yasohoye ibitwaro byayo bya kirimbuzi n’ibindi bifaru by’intambara ubwo hizihizwaga isabukuru y’uwo bita umubyeyi w’igihugu, inaboneraho kwikoma Amerika. Hizihizwa iyi sabukuru ya Kim […]
Urubyiruko rw’Abanyarwanda n’abakongomani mu rugamba rwo kurushaho guhuza ibihugu byabo
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 14 Mata, urubyiruko rw’Abanyarwanda n’Abakongomani rwahuriye mu Mujyi wa Goma ruganira ku mahoro mu karere k’Ibiyaga Bigari n’ibintu byagiye bikunda gutuma ibihugu byombi bishyamirana. Binyuze mu muryango utegamiye kuri leta wateguye iki gikorwa, AMKA Africa , bisobanuye ngo “ Byuka Afurika ”, uru rubyiruko rwemeye ko gusuzugurana no kwitana ba […]
Intambara zahitanye abantu benshi kurusha izindi mu mateka y’Isi
Ubusanzwe buri muntu wese avukana uburenganzira bwo kubaho ariko rimwe na rimwe abandi bantu bima bagenzi babo b’inzirakarengane ubu burenganzira bakabica (Jenoside, abanyagitugu batagira umutima, intambara hagati y’abaturage, ubwicanyi bukorewe abantu benshi). Kenshi iyo ibintu nk’ibi bibaye, ibihugu bifite imbaraga biratera bigahagarika abanyagitugu cyangwa ubutegetsi bukorera abaturage babyo ubugizi bwa nabi. Kimwe mu bintu byakunze […]
Amafoto aryoheye ijisho y’akarasisi k’ingabo za Korea ya Ruguru
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mata 2017, nibwo Leta ya Koreya ya Ruguru yizihije ubugira inshuro y’105 isabukuru y’uwo bita umubyeyi w’igihugu, Kim Il Sung, sekuru wa Perezida Kim Jong Un, w’iki gihugu ubu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kim Il Sung, Abanyakorea ya Ruguru bibuka yavutse ku itariki ya 15 Mata 1912, yabaye Minisitiri w’Intebe […]
Papa Francis yogeje anasoma ibirenge by’imfungwa 12
Asuura gereza yo mu gihugu cy’u Butaliyani icungirwa cyane umutekano bitewe n’abanyabyaha bayifungiyemo bahoze mu mutwe w’abagizi ba nabi (mafia), umushumba wa kiliziya ku isi yabogeje ibirenge aranabisoma, nk’ikimenyetso cy’ urukundo n’icyizere. Gereza ya Paliano, Papa yasuye, iherereye mu birometero 50 uvuye mu mujyi wa Rome, mu mfungwa 70 zihafungiye, 50 muri zo zahoze mu […]
Icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 23 cyaranzwe n’umutekano – Polisi y’u Rwanda
Umutekano wari wifashe neza mu gihugu hose muri rusange mu cyumweru cyo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku nshuro ya 23 nk’uko bitangazwa n’Umuvugizi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege. Mu kiganiro yatanze, ACP Badege yavuze ko umutekano wari wifashe neza mu cyumweru cyo kwibuka kandi cyaranzwe n’ubwitabire […]
Babiri bakekwaho kwica impuguke za Loni muri Kasai batawe muri yombi umwe aracika
Abayobozi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bataye muri yombi abantu babiri bakurikiranweho kwica abakozi babiri b’Umuryango w’Abibumbye ariko umwe muri bo ahita acika nk’uko byatangajwe n’umushinjacyaha mukuru. Itangazo ry’uko aba bantu bafashwe ryari ryabaye ikimenyetso k’intambwe imaze guterwa mu iperereza kuri ubu bwicanyi bwakorewe Umunyamerika, Micheal Sharp n’Umunyasuwedikazi, Zaido Catalan, bari bashinzwe kugenzuro uko […]
Usengimana Danny agiye kwerekeza mu ikipe yo muri Tanzania
Usengimana Danny, ni umusore usanzwe akinira ikipe ya Police Fc ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, kuri ubu ikipe yo muri Tanzania “ Singida United ” ikaba yarangije kumurambagiza imugura asaga miliyoni 100 z’Amanyarwanda. Uyu musore nyuma yo kumvikana n’iyi kipe yo muri Tanzania, azayerekezamo mu mwaka w’imikino utaha akazayikinira imyaka 2 . Amakuru agera kuri Ruhagoyacu, […]
Rusizi: “Anviyomayi”, abambutsa forode iva Congo inyuze mu kiyaga cya Kivu
Mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Mururu uza ku isonga mu kwinjiramo forode nyinshi iva Congo, ibi bikaba ngo biterwa n’abiyise “Indege zo mu mazi”, Avion de mer, mu Kinyarwanda gicishirije ANVIYOMAYI. Mu gihe I Kigali twari tumenyereye abamarine bambura abantu bakinjira mu rufunzo, I Rusizi biyise Indege zo mu mazi, bakambutsa forode iva mu […]
RDC: FDLR yivuganye abaturage 9 barwanaga n' Abahutu
Ikigo gishinzwe gukurikirana uburenganzira bw’ikiremwamuntu no gutanga ubufasha (CODHAS) kirashinja ingabo za Leta ya Congo kuba ntacyo zakoze ngo zirinde abaturage ubwo bicwaga n’inyeshyamba za FDLR, mu gace ka Kishishe na Bambu. Radiyo Okapi dukesha iyi nkuru itangaza ko ubu bwicanyi bwabaye ku wa Kabiri tariki ya 11 Mata, aho inyeshyamba za FDLR-Nyatura ziraye mu […]
MINEDUC yashyize ahagaragara uko gahunda yo gusubira ku mashuri izaba iteye
Minisiteri y’Uburezi iributsa abayobozi b’ibigo by’amashuri, Abarezi, Ababyeyi, Abanyeshuri ndetse n’abagize amashyirahamwe akora umwuga wo gutwara abantu mu ngendo zitandukanye ko amasomo y’igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri wa 2017 azatangira kuwa kabiri tariki ya 18 Mata 2017. Gahunda yo gusubira ku mashuri ku banyeshuri biga mu bigo bibacumbikira ikaba iteye itya: Kuwa mbere, tariki ya […]
Huye: Polisi yafashe umugore atetse kanyanga
Ku itariki ya 11 Mata, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye yaguye gitumo umugore witwa Uwimana Alphonsine atetse Kanyanga ihita imuta muri yombi ubu akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ngoma. Uwimana akaba yarafatiwe mu kagari ka Matyazo Umurenge wa Ngoma. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) […]
Nyamasheke: Umuganga akurikiranweho kurigisa icyuma gipima abarwayi
Amakuru aturuka mu bitaro bya Bushenge biherereye mu karere ka Nyamasheke, aravuga ko hashize ibyumweru 2 hibwe icyuma kimwe rukumbi cyakoreshwaga mu gupima zimwe mu ndwara zirimo umuvuduko w’amaraso, umutima, indwara z’ubuhumekero n’ izindi. Ibura ryacyo ryaviriyemo umuganga umwe (Medecin) wari waraye izamu n’abaforomo 3 gufungwa. Iki cyuma cyabuze mu ijoro ryo ku wa 28 […]
Kwibuka 23: Ingengabitekerezo ya Jenoside yakomeje kugaragara muri iki cyumweru kirangiye
Muri iki cyumweru kirangiye cyahariwe kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hagaragaye abakirangwa n’ingengabitekerezo yayo, abagirira nabi abayirokotse ndetse n’abagitekereza ko habaye jenoside ebyiri. Mu Karere ka Rusizi, Uwizeyimana Bernadette warokotse jenoside mu Murenge wa Bugarama yatewe icyuma n’umuntu utaramenyekana kandi wari wambaye gisirikare. Iri hohoterwa ngo ahora arigirirwa kuva mu 2012, cyane mu gihe […]
USA: Dr Jumana akurikiranweho gusiramura abantu kutemewe
Umugore w’umuganga wo mu mujyi wa Detroit ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akurikiranweho gusiramura abakobwa, akaba ari urubanza rwa mbere nk’uru rubaye muri iki gihugu. Abashinjacyaha bo muri uyu mujyi bavuga ko uyu mugangakazi witwa Jumana Nagarwala amaze imyaka 12 yose asiramura abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 6 n’imyaka 8. Uyu mugore ushobora […]