Musanze: Abagabo 6 bakurikiranyweho kwiba ibikoresho by’amashanyarazi
Abagabo batandatu bo mu karere ka Musanze bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Muhoza muri aka karere nyuma yo gufatanwa ibikoresho bitandukanye by’amashanyarazi bibye mu minsi ishize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira yavuze ko aba bagabo bose bafashwe ku itariki ya 7 […]
EU igiye gushora asaga Miliyari 4.8 z’Amayero mu guteza imbere amashanyarazi muri Afurika
Umuryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ u Burayi (EU) watangaje ko ugiye gutangiza imishinga igera kuri 19 itanga ingufu z’amashanyyarazi muri Afurika, aho uzashoramo asaga Miliyari 4.8 z’Amayero. Ibi bikaba ibikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryatanzwe n’itsinda rihagarariye umuryango w’ ubumwe bw’ ibihugu by’ i Burayi mu Rwanda, bikaba byaratangajwe na Komiseri Neven Mimica, ushinzwe […]
Nyabihu: Madamu Jeanette Kagame yasabye ababyeyi kwigisha abana amahame y'uburinganire
Madamu Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yifatanyije n’abatuye bo mu karere ka Nyabihu, mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, aho mu ijambo yabagejejeho yanabasabye gutoza abana uburinganire n’iterambere bakiri bato. Jeanette Kagame yasobanuye ko umugore w’umunyarwandakazi ari we soko y’iterambere rirambye akaba n’ishingiro ry’umuryango bityo bakaba bagomba gukomeza kwishimira […]
RDF yasoje igikorwa cyo gusimbuza abasirikare bari mu butumwa muri Centrafrica
Ingabo z’u Rwanda zasoje igikorwa cyo gusimbuza abasirikare bari mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika zatangiye ku itariki 28 Gashyantare 2017. Batayo ya 13 y’Ingabo z’u Rwanda yasimbuye iy’ 101 mu butumwa bw’amahoro, Santarafurika.Kigali, 7 March 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyiciro cya nyuma cy’abasirikare ba Batayo y’ 101 iyobowe na Lt Col Claver Kirenga, yageze i Kigali […]
Kenya: Abagore basengeye abagabo badashaka ko bagera kuri 2/3 mu nteko
Mu gihe isi yose iri kuzirikana kuri uyu wa 8 Werurwe 2017, umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore, mu gihugu cya Kenya ho watangiye kuwizihiza ku itariki ya 7 mu rwego rwo kugira ngo baze kuwinjiramo neza uyu munsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Daily nation cyo muri kiriya gihugu, kivuga ko guverinoma yahisemo abagore batandukanye bari mu nzego […]
Liliane Mbabazi uba muri Uganda agiye gutaramira i Kigali
Liliane Mbabazi ni umunyarwandakazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, ategerejwe i Kigali aho azataramira abakunzi be mu gitaramo cyo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore. N’ubwo uyu munsi mpuzamahanga wizihizwa ku itariki ya 8 Werurwe, igitaramo giteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 11 Werurwe 2017, muri The Ranch Bar mu mujyi wa Kigali. Chimpreports, ikinyamakuru […]
Bujumbura :Ibiryo birabona umugabo bigasiba undi
Abaturage batuye umujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi baratabaza bavuga ko bafite kwibasirwa n’inzara kubera kwiyongera kw’ibiciro by’ibiribwa .Ngo ibintu bikomeje kuzamba kubera ubukene buri muri imwe mu miryango ituye uyu mujyi aho bamwe batagishobora kubona ibyo barya. Bamwe mu baturage batuye umujyi wa Bujumbura bavuga ko bagiye gupfa nk’amasazi kubera inzara n’ubukene bwugarije […]
Bamwe mu baganga batangiye kwinubira kubuzwa kugira telephone bari mu kazi
Bamwe mu baganga batangiye kuvuga ko bambuwe uburenganzira bwabo nyuma y’igihe gito cyane batangiye gukora nta telephone bafite, aho ndetse bamwe banavuga ko kuba bakora batishimye bishobora kuzagira ingaruka kuri bo ubwabo ndetse no ku barwayi. Ni mu gihe nyamara abandi bo bavuga ko iki cyemezo ntacyo kibatwaye nubwo kubyakira byabagoye. Umwe mu baganga waganiriye […]
ONU yongeye kwihaniza u Burundi ku kibazo cy’itsembabwoko rikomeje gukorerwayo
Kuri uyu wa 8 Werurwe 2017, akanama k’umuryango w’Abibumbye gashinzwe kurwanya jenoside kongeye gutunga agatoki leta y’u Burundi ikomeje kurebera ibikorwa by’ubwicanyi byibasira abantu bo mu bwoko runaka nyamara ikanga kugira icyo ibikoraho. Mu ibaruwa yanditswe n’umunyamabanga wa ONU akaba n’umuyobozi w’aka gashami Adama Dieng, ayandikira abashinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu gihugu cy’u Burundi, […]
Uganda: Major yajyanye UPDF mu rukiko ayishinja kumusezerera ku ngufu atabishaka
Major Ronald Iduuli, wahoze akora mu rukiko rwa gisirikare rwa Makindye, yajyanye igisirikare cya Uganda (UPDF) mu rukiko agishinja kuba cyaramusezereye mu gisirikare amazemo imyaka 18 mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Kuri ubu Major Iduuli arasaba impozamarira ya miliyari 1.2 z’amashilingi ya Uganda kubera akababaro yatewe ubwo yasezererwaga ku mwanya yari yarahawe na perezid Museveni mbere […]
Ingabire Immaculée ntiyemeranya n’abasaba Leta kubafasha kwiga Kaminuza
Umuyobozi wa Transparence International Rwanda(TIR), Ingabire ImmaculĂ©e asanga kwiga Kaminuza ari ibintu by’inyongera bitari iby’ibanze kuko bisaba umuntu wifite mu mutwe no mu mufuka. Ingabire ImmaculĂ©e asanga nta muntu wakagombye gusaba inkunga Leta ngo imufashe kwiga Kaminuza kuko iba yaramufashije kwiga amashuri abanza ku buntu ndetse akiga ayisumbuye atanga amafaranga make cyane. Uyu muyobozi akaba […]
Umunyeshuli yanyoherereje amafoto yambaye ubusa, ansaba kuryamana nawe nkamuha amanota- Ugisha inama
Ni umwarimu, yigisha muri kaminuza, aragisha inama, Aho yagize ati: “ndi mwarimu muri kaminuza, umunyeshuli w’umukobwa wiga mu mwaka wa 3 yanyoherereje amafoto ye yambaye ubusa, ansaba amanota y’ubuntu nkayamuha majije kuryamana nawe, mungire inama nkore iki”? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu butumwa ni ubw’umwarimu wigisha muri UON (University of Nairobi). Nawe aho waba uri ushobora kuba […]
Leta niyo nyirabayazana y’amapfa yakunze kuvugwa mu gihugu – Green Party
The Democratic Green Party”, Ishyaka ritavuga rumwe n’Ubutegetsi bw’u Rwanda, riravuga ko Leta ariyo nyirabayazana w’amapfa yakunze kuvugwa mu gihugu bitewe na Poltiki mbi y’ubuhinzi yashyizweho. Ibi bikaba byatangajwe n’umuboyobzi w’iri shyaka, Dr. Frank Habineza mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com aho yavuze ko Politiki yo guhuza ubutaka no gutegeka abaturage guhinga igihingwa kimwe aribyo byagiye […]
Rwamagana: Barinubira gucuruza ibyabo binyagirwa kandi basora
Abacururiza mu isoko rya Rwamagana barinubira gucuruza mu isoko riva nyamara batanga umusoro ku gihe. Bavuga ko iyo imvura iguye ibicuruzwa byabo binyagirwa ndetse bimwe bikangirika bamwe bikabaviramo guhomba. Aba bacuruzi bavuga ko nubwo igice kinini cy’iryo soko gisakaye, bitabuza ko banyagirwa iyo imvura iguye, bikabasaba gutwikira ibicuruzwa byabo. Gakire Emmanuel Victor acururiza muri zone […]
Kampala: Umukobwa yikinishirizaga mu ruhame- REBA AMAFOTO
Byabereye mu gitaramo mu mujyi wa Kampala ku cyumweru tariki ya 6 Werurwe 2017. Aho umukobwa wari witabiriye igitaramo yafotowe arimo kwishyira intoki mu gitsina asa nk’uwikinisha. Iki gitaramo cyari kirimo abahanzi batandukanye nka Duo Benon, Vamposs ndetse n’umwami wa Raggae muri Uganda , Bebe Cool. Iki gitaramo cyari gifite insanganyamatsiko igira iti “Raggae Nyam […]
Bimwe mu bikubiye mu kiganiro Perezida Trump yagiranye na Kenyatta kuri telefone
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 Werurwe 2017, Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yagiranye ikiganiro kirambuye ku murongo wa Telefone na Perezida Trump wa Amerika ku nshuro ye ya mbere kuva yagera ku butegetsi. Mu kiganiro kitarambiranye cyane, aba baperezida 2 baganiriye ku bijyanye n’ubukungu n’ubuhahirane ndetse banaganira ku buryo hafatwa ingamba mu guhangana […]
Perezida Kagame yongeye kubwira amahanga ko Afurika ikeneye abo ikorana nabo idakeneye abayikorera
Kuri uyu wa kabiri, itariki 07 Werurwe 2017 perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yari ari mu gihugu cy’u Bwongereza aho yari yitabiriye itangira ry’inama yateguwe n’ikinyamakuru Wall Street Journal ku gushora imari muri Afurika yateguwe ngo haganirwe ku ikoranabuhanga n’iterambere. Iyi nama yitabiriwe n’abashoramari b’ingenzi, abafata ibyemezo n’abayobozi muri za guverinoma, yateranye yiga uko ikoranabuhanga […]
Arsenal yapfunyikiwe umutwaro w’ibitego 10 na Bayern Munich
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’Uburayi (Ligue des champions), ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yatsinzwe n’ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage, ibitego 5-1, biza bisanga ibindi 5 yayitsinze ku mukino ubanza. Uyu mukino wabaye kuri uyu wa Kabiri Tariki ya 7 Werurwe 2017, umukino ukaba wabereye mu rugo kwa […]
Nyamagabe: Bane bafunzwe bakekwaho kwihanira ukekwaho ubujura bikamuviramo urupfu
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyamagabe yataye muri yombi abagabo 4 bakekwaho kwihanira bagakubita umuntu bakekagaho kwiba inkwavu 5 bikamuviramo urupfu. Uwakubiswe bikamuviramo urupfu ni Bikorimana Jean, wari utuye mu Murenge wa Mbazi, akaba yarakubiswe n’abaturage bari barangajwe imbere n’abantu 4, ubu bakaba barafashwe bakaba bafunze mu gihe iperereza rikomeje. Umuvugizi wa Polisi […]
Uganda: Umwarimukazi muri kaminuza akurikiranweho gutuka Janet Museveni
Umwarimukazi muri kaminuza wo mu gihugu cya Uganda, Dr. Stella Nyanzi yatawe muri yombi n’igipolisi cyimumarana amasaha menshi kimuhata ibibazo ku magambo ashinjwa kuvuga asebya umuryango w’umukuru w’igihugu. Uyu mwarimukazi yasabwe kwitaba igipolisi nyuma y’amagambo yanyujije ku rubuga nkoranyambaga anenga umufasha wa perezida Museveni, Janet Museveni avuga ko atanabashije gufasha abakobwa batishoboye kubona impapuro z’isuku, […]
Huye: Polisi yafatanye Amayero umugore ushinjwa kwigana amafaranga
Polisi ikorera mu karere ka Huye yafashe umugore washakishwaga ku cyaha cyo gukora no gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Nyiraminani Clothilde yafatiwe mu isoko ryo mu Rwabayanga mu murenge wa Ngoma ku italiki 7 Werurwe , aho yasanganywe amayero y’amiganano agera ku 2,850; ubu akaba afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ngoma, akaba n’ubundi yashakishwaga na Polisi […]
Ese ni ngombwa kuganiriza abana ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina?
Ni kenshi iki kibazo kigenda kigarukwaho mu n’abantu batandukanye baba abafite uburezi, uburenganzira bw’abana n’ibindi bitandukanye mu nshingano zabo, gusa iki kibazo ntibyoroshye kukibonera igisubizo. Iyo uganiriye na bamwe mu bantu bakuru bakubwira ko mu muco nyarwanda bitemewe kuvuga ibintu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina bavuga ko ari ukubashora mu ngeso mbi n’ibindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gihe […]
Zambia :Impunzi z’Abarundi mu kaga,2 bamaze kuhasiga ubuzima
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Maheba mu gihugu cya Zambia ziratabaza zivuga ko zimerewe nabi kubera ko ntabuvuzi zibona cyangwa indi nkunga iyo ariyo yose kugira ngo zibeho aho 2 bamaze kuhasiga ubuzima. Izi mpunzi kandi zishinja abayobozi b’Inkambi kuba aribo ba nyirabayazana b’ibyago zirigucamo kuko ngo bazibujije guhura na HCR cyangwa Leta ya […]
Sudani y’Epfo: Umujenerali witandukanyije n’igisirikare yashinze umutwe w’inyeshyamba
Umusirikare ufite ipeti rya Lt. general uherutse kwitandukanya n’igisirikare cya Sudani y’Epfo mu kwezi gushize, kuri uyu wa Mbere yatangaje ko yashinze umutwe mushya w’inyeshyamba ugamije kurwanya ubutegetsi bwa perezida Salva Kiir. Lt. Gen. Thomas Cirillo Swaka, wari umuyobozi wungirije ushinzwe ibikoresho mu gisirikare cya Sudani y’Epfo, yitandukanyije n’igisirikare amaze gushinja perezida Salva Kiir guhindura […]
Abantu 3 barasiwe ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi
Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi mu ntara ya Kirundo. Avuga ko hari abarobyi 3 barasiwe ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda. Abaturage batuye mu Ntara ya Kirundo baturiye ahiciwe abo barobyi, baganira na Igihe/Burundi, batangaje ko abo bantu bishwe barashwe n’abasirikare b’u Rwanda. Iki kinyamakuru cy’i Burundi kigatangaza ko abo barobyi biciwe mu kiyaga […]
Moussa Camara yahishuye ibanga ry’ikipe ya Mali, “Onze Createurs” bagiye guhura
Mu gihe ikipe ya Rayon Sports yitegura kwerekeza i Bamako muri Mali kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, mu mukino wa 2 w’ijonjora ry’umukino wa CAF Confederation Cup, Moussa Camara yahishuye amabanga y’ikipe y’iwabo mu gihugu cye ya “Onze creatures” bagiye guhura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikipe ya Rayon Sports yavuze ko uyu mukinnyi […]
Urukiko Rukuru rwasubitse kumva ubujurire bw’ubushinjacyaha mu kibazo cya Imena Evode
Kuri uyu wa kabiri, itariki 07 Werurwe, Urukiko Rukuru rwimuriye kuwa Gatanu kumva ubujurire bw’ubushinjacyaha busaba ko uwahoze ari umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Imena Evode yasubizwa muri gereza agakurikiranwa afunzwe. Iki cyemezo kikaba cyafashwe nyuma y’aho Imena asabiye ikindi gihe cyo kwitegura kuburanira icyifuzo cy’ubushinjacyaha cy’uko yasubizwa mu buroko akazaburana afunzwe. […]
Umugore yabyaye ikintu gisa n’umwana utagira umunwa, gifite ijisho rimwe n'ibindi
Umugore w’imyaka 19 y’amavuko ukomoka mu karere ka Manafwa gaherereye mu burasirazuba bwa Uganda yibarutse umwana abaganga bari kugereranya n’ikivajuru kubera imiterere ye idasanzwe kandi idakunze kuboneka uretse kuba asa n’ibiremwa bavuga ko byaba byarigeze kubaho mu mwaka yak era yashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abaganga bo ku bitaro bya Magale bavuga ko uyu mugore yabyaye ikintu […]
U Burundi bwagaragaje ko gukemuka kw’ibibazo bufitanye n’u Rwanda bikiri kure
Abakurikirana hafi iby’umubano w’u Rwanda n’u Burundi bavuga ko kuba batanu mu badepite b’Abarundi bari mu Nteko Ishingamategeko y’Ibihugu bigize Afurika y’Iburasirazuba, EALA, bataritabiriye inama y’iminsi ibiri iri kubera i Kigali ngo kubera umutekano ari ikindi kimenyetso kigaragaza ko umuti w’ibibazo ibihugu byombi bifitanye ushobora kuba atari uwa hafi aha. BBC dukesha iyi nkuru ivuga […]
Bujumbura: Alimentation y’Abanyarwanda yari igiye kwibwa hakoreshejwe intwaro
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Werurwe urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu murwa mukuru w’u Burundi Bujumbura, aho amakuru atandukanye avuga cyari igikorwa cyo kugerageza kwiba abacuruzi b’Abanyarwanda hakoreshejwe imbunda. Iyi nkuru dukesha urubuga rwa Indundi.com rwo mu Burundi ivuga ko umuntu witwaje imbunda mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere bashatse kwiba […]
Muhanga: Abaturage batereranwe n’inzego z’ibanze basaba Perezida Kagame kubarenganura
Abaturage bo mu kagari ka Gasharu, umurenge wa Rongi, Akarere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo, bavuga ko agahinda kose bafite bagatewe na Rwiyemezamirimo Sindambiwe Simon, ucukuza amabuye y’agaciro akabateza isuri. Bemeza ko ikibazo cyabo bakibwiye ubuyobozi bw’inzego z’ibanze zikabatererana none aho bigeze bakaba basaba Perezida wa Repubulika kubarenganura. Abaturage bavuga ko imyaka itatu ishize basenyewe […]
France: Umupolisi akurikiranweho kunyereza ibiro 52 bya cocaine byari byafashwe
Ikibazo cyigeze kuvuka ku cyicaro cya polisi gishinzwe ubugenzacyaha cya paris mu myaka 2 ishize, aho abapolisi bibye ibiro 52 bya Cocaine yari yafatanywe abayicuruza, cyagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa Mbere, itariki 07 Werurwe 2017. Abakurikiranwe akaba ari brigadier mu gipolisi witwa Jonathan Guyot n’abo bareganwa 9. Mu ntangirro z’ukwezi kwa Nyakanga 2014 nibwo […]
Umuhungu wa Michael Jackson yavuze ibigwi bya se n’uburyo abantu bamufataga
Umuhungu mukuru wa nyakwigendera Michael Jacckson, Prince Jackson yatangaje bimwe mu bigwi bya se akiriho wari waramenyekanye nk’umwami mu njyana ya Pop, aho yavuze ko urupfu rwe rwatunguranye ndetse rukaba rwarateye benshi intimba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro Good morning America uyu musore w’imyaka 20 y’amavuko yagiranye n’umunyamakuru Robin Roberts, yagarutse ku buhangange bwa se wamubyaye […]
Amateka y’intambara ikaze y’ingabo za Idi Amin Dada wa Uganda n’iza Tanzania mu 1978-1979
“Iyo utazi aho uva ntumenya niyo ugana”. Iyi ni imvugo isanzwe abantu bakoresha mu Kinyarwanda bashaka kugaragaza akamaro ko kuzirikana amateka y’ibyabaye ku muntu cyangwa igihugu. Ubu buryo bw’imitekerereze kandi usanga abantu benshi babushingiraho bakora igenamigambi ry’uko baba bategerezwa kubaho muri gihe kizaza cyabo, nkuko n’ubyirengagije usanga gutambuka agana imbere bimubera insobe, ahoma bihomoka . […]
Nubwo u Rwanda rufite umuperezida mwiza ntawugomba gufatwa nk’utasimburwa — Me Kevin Gatete
Me Thierry Kevin Gatete aratangaza ko igikorwa cyo kuvugurura itegeko nshinga ngo perezida Kagame azabashe kwiyamamaza mu yindi manda ari kintu gishobora kuzateza ikibazo u Rwanda . “ Nubwo nzi neza ko ari cyo Abanyarwanda benshi bifuza numva ntatuje kubera igitekerezo cyo kugira itegeko nshinga iry’umuntu .”, uwo ni Me Thierry Kevin Gatete mu kiganiro […]
Gatsibo: Nta kwihanira, abajura baragororwa bagakira- Gitifu wa Kiramuruzi
Ubu ni ubutumwa bwa Kavutse Epiphanie, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo, iburasirazuba. Ni nyuma y’uko kuwa gatandatu ushize, mu kagari ka Gakoni hiciwe umugabo wibye ibitoki, agakubitwa kugeza anogotse. Uyu mujura wari ubisanganwe yafashwe n’irondo yikoreye ibitoki bibiri, ashyikirizwa nyirabyo. Umugore we arebye mu rutoki asangwa koko byaciwe mu kwe aramukubita […]
Rutshuru:Abarwanyi basezerewe batangiye kujya muri M23 kubera kubura imperekeza
Sosiyete Sivile yo muri Teritwari ya Rutshuru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo iravuga ko hari abarwanyi basezerewe batangiye kujya mu mutwe wa M23 n’indi mitwe y’inyeshyamba itandukanye nyuma yo gutegereza imperekeza bagaheba. Umwe muri bo akaba yaratangarije Radio Okapi ko basezerewe nta n’amafaranga ijana babahaye ashimangira ko nta bushobozi bafite bwo kuba babona aho […]
Rutsiro:Umugabo yafatanywe amafaranga y'amiganano
Mpayimana Obed w’imyaka 39 ukomoka mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kivumu nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano, zihwanye n’amafaranga ibihumbi mirongo itatu na bitanu (35000Frw). Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Uburengerazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire, yavuze ko Mpayimana yafatiwe mu […]
Uko amakipe azacakirana mu majonjora y'igikombe cy'amahoro 2017
Imikinpo y’ijonjora ya 1/32 y’igikombe cy’amahoro 2017 iteganyijwe kuri uyu wa Kabiri no ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017. Amakipe azitabiri ni 22 yiganjemo ayo mu ikiciro cya kabiri. Tariki 7 Werurwe 2017 Gitikinyoni Fc vs Intare Fc (Muhanga, 13.00) Hope Fc vs Esperance Fc (Muhanga, 15.30) Tariki 8 Werurwe 2017 Sorwathe Fc […]
Umukobwa yashyize ku isoko isutiye yambaye akiri umwana abasore barwanira kuzigura
Umukobwa w’umwangavu wo mu gihugu cy’u Bwongereza wahawe amazina ya Katt, yatanze itangazo mo gihugu cyabo ko afite utwenda tw’imbere dukingira amabere tuzwi nk’amasutiye yashyize ku isoko ku mayero 230 kugeza ubu akaba amaze kubona abakiriya bagera ku 8 barimo n’ab’igitsina gabo. Ikinyamakuru daily maily cyatangaje ko uyu mwana yabitse utu twenda tw’imbere yambaye kuva […]
Gakenke: Abatekamutwe biyitirira REG ntibakangwa abayobozi b’ibanze
Abatekamutwe bazwi ku izina ry’Abahigi barembeje abaturage b’imirenge ya Gakenke bababeshya ko bazabaha umuriro w’amashanyarazi. Aba biyitirira REG ngo basaba amafaranga abaturage, ariko mu bayatanga harimo n’abayobozi nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’aka karere. Abaturage b’imirenge yegereye icyaro nibo babaye ibitambo by’ubu butekamutwe. Iyo ni nka Mugunga, Muzo, Busengo, Mataba na Kamubuga. “Abahigi” ngo baza babisangira mu […]
Gicumbi: Inzu 16 ziteje umwanda, harimo iya Mironko na RSSB
Ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi buravuga ko abifite baho batabyaza umusaruro ibikorwa by’iterambere begerejwe. Buvuga ko batitabira kubaka inzu z’ubucuruzi ku mihanda bubakiwe, bukanatunga agatoki ahateza umwanda, harimo iya Mironko Francois Xavier, n’iy’ikigo cy’ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB) Akarere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru, kamaze kubaka imihanda mishya izenguruka umujyi ifite uburebure busaga kilometero 15. Iyi mihanda irimo […]
Abadepite ba EALA bahawe umukoro wo gushakira ibisubizo ibibazo bihangayikishije Afurika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye Abadepite bagize Inteko y’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba kuba umusemburo w’iterambere ry’ibihugu bigize uyu muryango, hashakwa ibisubizo ku bibazo bimwe na bimwe bihangayikishije umugabane wa Afurika. Ibi yabitangaje ubwo yatangizaga ku mugaragaro nteko rusange y’abadepite bagize Inteko ishinga amategeko y’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu muhango wabereye mu nteko ishinga […]
Rwanda:Hari ababyeyi bagihishira ababangiriza abana
Hari umubare munini w’Abanyarwanda batararumva ko icyaha cyo gufata umwana ku ngufu kiremereye kuko ari ikibazo buri wese yakagombye gushira ku mutima akumva ko gifite uburemere bukomeye ku buryo aho cyabaye hose kizira kugihishira . Ibi bikaba byaratangajwe na Minisitiri muri Perezidanzi,Venantia Tugereyezu mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3Werurwe 2017 aho yavuze […]
Minisitiri Musafiri yasobanuye byimbitse buruse ihabwa abanyeshuli
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Musafiri Papias Malimba avuga ko ku kibazo kijyanye na Buruse abantu bagomba gufatanya bakabyumva kimwe kuko usanga mu myumvire ya benshi bumva ko ari ya mafaranga ahabwa umunyeshuri mu ntoki cyangwa se ajya kuri konti ye kugira ngo ashobore kubona ibimutunga. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, […]
Igisirikare cya Amerika ngo cyaba kigiye gusigara inyuma y'icy'u Burusiya n'u Bushinwa
Umusirikare wahoze arwana mu ngabo za OTAN, Gen. Wesley Clark yasobanuye ko igisirikare cya Amerika gishobora gusubira inyuma ku kijyanye n’imirwanire ugereranyije n’ibindi bihugu by’ibihangange ku isi mu bijyanye n’igisirikare nk’u Burusiya, u Bushinwa n’ibindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje nyima y’uko ngo habayeho ivugurura mu gisirikare cya Amerika aho ngo hakoreshejwe ikoranabuhanga mu mirwanishirize ryiswe […]
Burundi: Umwana w’imyaka 14 yishwe atewe icyuma mu gatuza
Umwana w’umuhungu w’imyaka 14 witwaga Ciza yishwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 4 Werurwe 2017, yishwe n’abantu bataramenyekana mu kabari yakoragamo. SOS Burundi itangaza ko uyu mwana w’umuhungu yasanzwe mu bwiherero (toillettes) y’akabari yakoragamo gaherereye ku musozi wa Rusiga muri Rugombo, Intara ya Cibitoke. Polisi mu gihugu cy’u Burundi itangaza ko uwo […]
Goma:Urujijo ku buryo bushya burinda abaturage mu gihe cy’iruka ry’ibirunga
Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Abafatanyibikorwa batandukanye haba ku rwego rw’igihugu no kui rwego Mpuzamahanga ku wa Gatanu tariki 3 Werurwe,2017 bashyizeho uburyo bwarinda abaturage mu gihe cy’iruka ry’ibirunga mu Mujyi wa Goma.Gusa ngo nta Ngengo y’Imali Leta yashyizeho. Ubu buryo ngo bufite ikarita igaragara ahari ububiko bw’ibikoresho by’ubutabazi ndetse n’ahantu hazakira abaturage mu […]
Perezida Kagame agiye kongera gutanga ikiganiro muri kaminuza ya Havard muri Amerika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ategerejwe muri kaminuza ya Havard iherereye muri leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 Werurwe 2017, aho biteganyijwe ko azayobora ikiganiro ku bijyanye n’iterambere mu ikoranabuhanga ndetse n’imiyoborere myiza. Mu itangazo iki kigo cya kaminuza mpuzamahanga kigisha ibijyanye n’iterambere n’ikoranabuhanga giherutse gushyira ahagaragara, […]
Leta y’u Rwanda yasabwe kurekura Violette Uwamahoro cyangwa ikamujyana mu rukiko
Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu ku isi (Human Rights Watch) mu itangazo wasohoye, wasabye Leta y’u Rwanda kurekura Uwamahoro Violette wafashwe n’igipolisi cyangwa se ikamujyana mu nkiko. Mu cyumweru gishize nibwo Igipolisi cy’u Rwanda cyatangaje ko gicumbikiye Violette Uwamahoro, Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’u Bwongereza wari waje mu Rwanda aje gusura umuryango. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] HRW yo ivuga […]
Somalia:Mu masaha 48 gusa, abantu 110 bapfuye bazize Inzara
Mu gace ka Bay kari mu Majyepfo ya Somalia , mu masaha 48 gusa abantu 110 bapfuye bishwe n’Inzara yatewe n’Izuba ryacanye aho n’amatungo menshi amaze gupfa kubera kubura amazi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Somalia nyuma y’Inama na Komite ishinzwe iki kibazo rivuga ko bitoroheye abatuye aka gace ku bijyanye no […]
Incamake y’amakuru yaranze Polisi y’u Rwanda mu cyumweru gishize
Amakuru yo mu cyumweru gishize Polisi y’u Rwanda yatangaje amakuru atandukanye yari agamije gukangurira abaturarwanda kwirinda ibyaha no kugira uruhare mu kubirwanya no kubikumira nk’uko biri mu ntego n’ingamba zayo kugira ngo ikomeze kubungabunga no gusigasira umutekano w’abo n’ibyabo, abanyarwanda bakaba baranamenye ibikorwa bitandukanye bya Polisi y’u Rwanda ndetse n’imikoranire yayo n’ibihugu duturanye. Iyi ni […]
Zimwe mu mpamvu zituma abagore baramba cyane kurusha abagabo
Ubushakashatsi bwerekana ko byibuze ku myaka umugabo n’umugore basaziraho hagomba kugaragaramo ikinyuranyo cy’imyaka itari munsi y’itanu ariko umugabo akaba ari we usaza mbere y’umugore. Ibi nyamara bigaragazwa mu gihe umugore ari we wakabaye asaza mbere kubera imirimo runaka yakoze hakaniyongeraho imvune ahura na zo mu gihe cyo kubyara. Hatitawe ku mvune buri wese ahura na […]
Ibihugu 12 birimo n’u Rwanda byafashe imyanzuro 12 yo kurwanya iterabwoba
Inzobere mu bijyanye no kurinda umutekano ziturutse mu bihugu 12 bigize akarere k’ibiyaga bigari zateraniye mu nama y’iminsi 2 guhera mu ntangiriro z’iyi wikende mu mujyi wa Entebbe muri Uganda mu rwego rwo kurebera hamwe ibisubizo bijyanye no kurwanya iterabwoba. Izi nzobere zitandukanye zaturutse mu bihugu bya Rwanda, Uganda, Tanzaniya, Zambiya, Repuburika ya Centrafrica, Kenya, […]
Perezida Trump agiye gusinya irindi tegeko rirebana n’abimukira
Leta zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Werurwe 2017, Perezida Trump asinya irindi tegeko rishya rirebana n’abimukira muri kiriya gihugu nyuma y’imyanzuro yari yabafatiye yateje impagarara n’impaka mu gihugu bikageza ubwo urukiko rurihagarika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri Amerika byatangaje ko iri tegeko rishya rizasinywa hagamije kuvugurura iryari […]
Cristiano Ronaldo yifuzaga gutera ikirenge mu cya Thierry Henry
Rio Ferdinand wahoze ari kapiteni w’ikipe ya Manchester United, avuga ko ubwo Cristiano yageraga muri iyi kipe, kenshi yakundaga kwibaza kuri Thierry Henry. Ronaldo yinjiye muri Man Utd afite imyaka 18 mu mwaka wa 2003, iki gihe Henry yari umwami mu ikipe ya Arsenal, yarabicaga bigacika ndetse amakipe yo mu Bwongereza yarayahagije. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rio […]
CNLG yamaganye inkuru yaThe Globe and Mail ku mbunda yahanuye indege ya Habyarimana
Umunyamabanga Mukuru wa komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene, yamaganye inkuru iherutse gusohoka mu kinyamakuru The Globe and Mail yavugaga ko imbunda yakoreshejwe mu guhanura indege ya habyarimana yafatiwe muri Congo, avuga ko ko abanditsi iyi nkuru bari bagamije kugoreka amateka. Mu ibaruwa Dr Bizimana Jean Damascene yandikiye Umwanditsi Mukuru w’iki kinyamakuru, […]
Amafoto y’umuhanzi Justin Bieber yambaye ubusa buriburi yateje impaka
Umuhanzi Justin Bieber wo mu njyana ya Pop akomeje kugaragariza abakunzi be udushya dutandukanye ariko muri iyi minsi byo akaba ari gukora ibisa n’agahoma munwa.  Mu minsi ishize nibwo uyu muhanze yashyize amafoto ye yo mu bihe bitandukanye ahagaragara yambaye ubusa buri buri ari mu mazi ku buryo byagaragaraga ko ari mu bihe byiza […]
PM Murekezi yasabye Bishop Mugisha kugera ikirenge mu cya Yesu
Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi ubwo yifatanyaga n’abakirisitu ba Diyosezi ya Shyira mu muhango wo kwimika Umwepisikopi wabo mushya mu itorero ry’Abangilikani mu Rwanda, yamusabye ibikorwa byiza agera ikirenge mu cya Yesu Kiristu. Muri uwo muhango wabereye mu karere ka Musanze, kuri iki cyumweru tariki ya 5 Werurwe 2017, mu ijambo yavuze mu izina rya perezida […]
Imirwano hagati ya UPDF na M23 yaguyemo umusirikare wa Uganda undi arakomereka
Umusirikare umwe wa Uganda yarashwe arapfa undi arakomereka bidakomeye ubwo ingabo za Uganda zifatanyije n’abashinzwe kurinda pariki barasanaga n’inyeshyamba za M23 zageragezaga kwambuka ziva muri Congo zishaka kwinjira muri Kisoro zinyuze muri pariki y’Ibirunga. Umukuru wa komite y’umutekano y’Akarere ka Kisoro, Shafique Ssekandi, yavuze ko umusirikare wishwe ari Lence Corporal David Ojuna naho uwakomeretse akaba […]