Jordania: Abantu 15 bahanishijwe igihano cyo kumanikwa
Leta ya Yorodaniya yingeye kubyutsa igihano cyâurupfu nyuma yâimyaka isaga 8 yaragikuyeho. Ku munsi wâejo tariki ya 4 Werurwe 2017, abagororwa 10 bishwe bamanitswe ku itegeko rya leta. Abagororwa 10 muri aba 15 banyonzwe bakaba bari bamaze igihe bafunze kuko bari bakurikirnyweho ibyaha byâiterabwoba no kugira uruhare mu bitero byagabwe ku mujyi wa Baghdad muri […]
Yategeye kumara icupa ryuzuye Tequilla rimutwara ubuzima
Umusore wâimyaka 23 wo muri Repubulika Dominikani ho muri Amerika yâEpfo yahitanywe nâinzoga yo mu bwoko bwa Tequilla nyuma yo gutegera kumara icupa ryayo bakamuha Amayero 520. Uyu witwa Kelvin Rafael MejĂ Âa ngo yegereye mu minsi ishize itsinda ryâabantu bari mu kabyiniro ategera kugotomera icupa ryuzuye Tequilla adakuye ku munwa akarimara nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru byâiwabo. […]
Ambasaderi wa Koreya ya Ruguru yirukanwe muri Maleziya igitaraganya
Guverinoma ya Maleziya yatangaje ko yahaye uhagarariye Koreya ya Ruguru muri kiriya gihugu amasaha atarenze 48 yo kuba yamaze kuva muri kiriya gihugu. Ibi bibaye nyuma yâuko umuvandimwe wa Perezida Kim Jong wa Koreya ya Ruguru arasiwe ku kibuga cyâindege muri Maleziya mu minsi ishize, Ambasaderi wa Koreya Kang Chol persona non grata ngo akaba […]
Haracyagaragara abayobozi bamwe batarasobanukirwa itegeko ryo gutanga amakuru
Abanyamakuru baratangaza ko bakomeje guhura n’imbogamizi zo kwimwa amakuru na bamwe mu bayobozi nubwo hariho itegeko ribaha uburenganzira bwo kubona amakuru, ndetse Urwego rw’umuvunyi rukaba rutangaza ko rumaze kwakira ibirego 20 bijyanye nâabantu banga gutanga amakuru . Ibirego 18 muri byo ni iby’abanyamakuru naho 2 n’abanyamategeko.Abanyamakuru bavuga ko hari igihe bakenera amakuru mu bigo bitanga […]
Komanda wa traffic police yahagaritswe azira gufunga umuvugizi wa NRM muri diaspora
Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Gatatu ushize cyahagaritse uwari ukuriye ishami rya polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda rya Kiira witwa Stephen Sande kimuziza ko yahagaritse akanafunga umuvugizi wâishyaka NRM muri diaspora. Irindi shami rya polisi rizwi nka PSU (Police Standards Unit) mu cyumweru gishize nibwo ryatangije iperereza ku ifatwa nâifungwa ryâuhagarariye NRM muri […]
Polisi y'u Rwanda n'iya Tanzania ziyemeje kurwanya abantu binjira mu bihugu byombi ku buryo butemewe
Ku itariki ya 4 Werurwe, abayobozi bakuru ba Polisi yâu Rwanda nâiya Tanzaniya bahuriye mu nama yabereye kuri gasutamo ihuriweho nâibihugu byombi (One Border Post), baganira ku bintu bitandukanye byatuma ibihugu byombi bikomeza kugira umutekano usesuye. Iyi nama yayobowe nâumuyobozi mukuru wa Polisi yâu Rwanda IGP Emmanuel K. Gasana na mugenzi we wa Tanzaniya IGP […]
RMC yasuye abanyamakuru Eminante na Kanuma bafunzwe
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, itsina ryâabayobozi nâabakozi ba Rwanda Media Commission ryasuye abanyamakuru bafunzwe. Abo ni Mugabushaka Jeanne de Chantal (Eminante) na Shyaka Kanuma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kubakomeza no kubihanganisha. Itsinda ryasuye riyobowe nâumuyobozi wa RMC Barore Cleophas, na Visi Perezida wa Board Rwasa Jerome. Harimo kandi umunyamabanga […]
U Buhinde :Umupasiteri yakubiswe izâakabwana,agenda ibilometero 5 yambaye ubusa
Mu gihugu cyâu Buhinde Umupasiteri witwa Hari Shankar Ninama yarakubiswe bikomeye, asigwa ku muhanda ari intere ndetse abwirwa ko azicwa naramuka akomeje kubwiriza ubutumwa bwa Kirisitu. Ninama wâimyaka 65 yâamavuko akaba yarakubiswe mu kwezi gushize ubwo abahenzanguzi bo mu dini ryâAbahindu bakoresheje imbaraga binjiye mu nzu yarimo asengera umwana wâumuhugu wâimyaka 5.Ngo bahise bamushimuta bamukura […]
Queen w'imyaka 30 arashaka umukunzi
Mwaramutse nitwa Queen nshaka umukunzi mfite 30ans mfite abana 2 nshaka umukunzi guhera 37ans kugera kuri 55ans bibaye byiza yaba nawe afite abana kd atabana numugore agomba kuba afite uko abayeho kuko ntakazi gahoraho mfite email umwaliqueen@yahoo.fr ndabategereje kd mfite gahunda nzigutetesha umugabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook […]
SC Kiyovu na Mukura VS mu mukino ukomeye kuri Stade ya Kigali
Imikino yâirushanwa rya Azam Rwanda Premier League kuri uyu wa gatandatu no ku Cyumweru iraba ikinwa ku munsi wa 19 waryo, aho mu mikino ikomeye igomba kuba muri iyi weekend harimo umukino uhuza SC Kiyovu na Mukura kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade ya Kigali. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko amakipe agomba guhura Kuwa 04 Werurwe […]
Isekere: Dore amafoto yagiye atangarirwa na benshi
Ushobora kubona aya mafoto ugakeka ibindi ariko ni amafoto asanzwe ahubwo nuko ushobora gusanga hari ibyo asa nkabyo. Aya mafoto yagiye ahanahanwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Imodoka abami b'injyana ya Hip Hop barasiwemo zashyizwe mu cyamunara
Imodoka ibyamamare mu njyana ya Hip Hop, Biggie na Tupac byarasiwemo umunsi bisezera ku isi ya Rurema zashyizwe mu cyamunara. Imodoka yo mu bwoko bwa GMC yarasiwemo Notorious BIG yari imaze imyaka 20 ba nyirayo batazi ko ibitse amateka yâinjyana ya Hip Hop nkâuko ikinyamakuru TMZ dukesha iyi nkuru kivuga. Ba nyiri iyi modoka batuye […]
RDC: Hakozwe urutonde rwâimpunzi zâAbarundi zigomba gufungwa
Impunzi zâAbarundi ziri mu nkambi ya Lusenda iri ku bilometero 60 mu Majyepfo ya Uvira ho mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demoakarasi ya Congo, ziravuga ko zitewe impungenge nâumutekano wazo nyuma yâumusirikare wa Leta wasanzwe yiciwe mu nkengero zâiyi nkambi aho bamwe batangiye no gufungwa. Umwe muri izi mpunzi waganiriye nâIkinyamakuru Iwacu cy’i Burundi , […]
Umwana wa Jennifer Lopez yamubajije ku twenda tugaragaza ubwambure yambara
Jennifer Lopez ni umugore wâimyaka 47 yâamavuko, akunze gutungurana ku rubyiniro bitewe nâimyambaro ye. Nâumwana we wâimyaka 9 yayigizeho ikibazo agira ibyo ayimubazaho. Aganira nâikinyamakuru AOL, Jeniifer yagize ati: âYarambwiye; Mama kuki utajya wambara amapantalo mu gihe cyâibitaramo, ugomba kuzajya wambara amapantalo ubutahaâ. Nyuma yâiki kibazo gikomeye ku mubyeyi imbere yâumwana wari witegereje amafoto ya […]
Igihembo cya Mo Ibrahim gikomeje kubura ababaye abayobozi bakegukana
Mo Ibrahim Foundation (MIF) iratangaza ko mu mwaka ushize wa 2016 nta wahoze ari umuyobozi wo muri Afurika wigeze atsindira igihembo iyi foundation igenera abigeze kuba abakuru bâibihugu na guverinoma bagize ibyo bageraho bigaragara. Uyu ngo ukaba ari undi mwaka uciyeho iki gihembo cya Mo Ibrahim kibuze ugitsindira nkâuko bitangazwa nâUmuyobozi wa Komite Yigenga ishinzwe […]
Abo muri FDLR bemeza ko ari bo batoza Imbonerakure amayeri yo kwica
Kuva mu mwaka wa 2015, nibwo byatangiye kuvugwa ko inyeshyamba za FDLR zifitanye umubano udasanzwe na Leta yâu Burundi hamwe nâishyaka CNDD FDD, ishyaka riri ku butegetsi. Urubyiruko rwâiri shyaka âImbonerakureâ rugatozwa nâizi nyeshyamba ziri mu mashyamba ya Congo. Gen Adolphe Nshimiyimana wishwe muri Kanama 2015 ndetse wari nâumuyobozi wâurwego rushinzwe iperereza, niwe wavugwaga cyane […]
Ngoma: Umumotari yafatanywe imifuka itanu yâurumogi
Jean Bosco Uwitonze yafatiwe mu Murenge wa Kazo, Akarere ka Ngoma, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane afite imifuka itanu yâurumogi kuri moto. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Ngoma, Senior Superintendent of Police(SSP) Janvier Mutaganda aratangaza ko Uwitonze bahimba Kigingi, yatanzweho amakuru nâirondo nyuma yo kumubona muri ako gace mu buryo budasanzwe. Yagize […]
Burundi: Imiryango yâImbonerakure iratabaza
Imwe mu miryango yâUrubyiruko rwâIshyaka riri ku butegetsi mu gihugu cyâu Burundi (Imbonerakure ) iratabaza ivuga ko itewe inkeke nâumutekano wâabasore batawe muri yombi ku wa Gatanu tariki 22 Gashyantare 2017 bazira gutunga ibikoresho bya gisirikare birimo nâImpuzankano kandi barabihawe na Leta. Ngo byose bikaba byaratangiye ubwo aba basore(Imbonerakure ) bo muri Komini ya Butihinda […]
Tanzania: Inkambi yâimpunzi zâAbarundi yafatiwemo ibirwanisho
Mu nkambi yâImpunzi zâAbarundi zahungiye mu gihugu cya Tanzania hakozwe isakwa ryâibikoresho bya gisirikare ndetse bimwe birahafatirwa na zimwe mu mpunzi zitabwa muri yombi . Igipolisi cya Tanzania kuri uyu wa gatanu cyagaragaje ibyavuye mu isakwa ryâibirwanisho ryari rimaze iminsi rikorwa mu nkambi yâimpunzi zâAbarundi ya Mtendeli mu Ntara ya Kigoma. Igipolisi cyavuze ko cyafashe […]
U Rwanda nicyo gihugu gikoresha Ingengo yâImali ntoya mu matora-Min. Kaboneka
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Francis Kaboneka asanga u Rwanda aricyo gihugu gikoresha amafaranga make mu matora kuko usanga abanyarwanda babigize ibyabo ndetse kahaba nâibikoresho bikoreshwa inshuro zirenze imwe. Aganira nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Werurwe 2016 yavuze ko nta kwirarira kurimo ati: ” Ku cyâamatora nagiraga ngo mbabwire yâuko si ukwirarira , u Rwanda […]
Magufuli yategetse ifatirwa rya passports zâabanyamahanga bananiwe kurangiza akazi bahawe
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, kuri uyu wa Gatanu yategetse ko passport zâabanyamahanga bakorera Ikigo cyâAbahinde gishinjwa gutinza umushinga wâamazi cyari cyarahawe gucunga. Perezida Magufuli yategetse ko passport yâUmuhinde witwa Rajendra Kumar ifatirwa ndetse nâizindi mpapuro zâinzira zâabamufasha kugeza igihe uwo mushinga wâamazi uzarangirira nkâuko byemejwe nâibiro bya perezida magufuli mu itangazo byashyize ahagaragara. […]
Gukiranuka kwâImana Dusabwa kubanza gushaka aha ni ukuhe?
Ahubwo mubanze mushake ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo, ni bwo ibyo byose muzabyongerwa. #Matayo 6:33 Rom 3:21-24 Ariko noneho hariho gukiranuka kw’Imana kwahishuwe kudaheshwa n’amategeko, nubwo amategeko n’ibyahanuwe ari byo biguhamya, ni ko gukiranuka kw’Imana abizeye bose baheshwa no kwizera Yesu Kristo ari nta tandukaniro, kuko bose bakoze ibyaha, ntibashyikĂ«ra ubwiza bw’Imana, ahubwo batsindishirizwa n’ubuntu […]
Gen Semugeshi wari muri FDLR agiye gutaha mu Rwanda
Brig Gen Semugeshi CĂŽmes mu nyeshyamba za FDLR, yishyize mu maboko nâingabo za MONUSCO ku bushake bwe agamije gucyurwa mu Rwanda. Semugeshi wâimyaka 49 yâamavuko, yatangaje ko intego ye ari iyo gutaha mu Rwanda ndetse ko yari arambiwe guhora arwana mu mitwe yâinyeshyamba. Radiyo Okapi itangaza ko Brig Gen Semugeshi yari komiseri wungirije ushinzwe ingabo […]
Ngororero: Umucungamari wa SACCO afunzwe akekwaho kurigisa arenga miliyoni 2,5
Ku mugoroba wo ku itariki 2 Werurwe, Polisi ikorera mu karere ka Ngororero yafunze Mbonyizanye Jacqueline wâimyaka 36 yâamavuko, akaba akekwaho kurigisa amafaranga yâu Rwanda angana na 2,787,000 muri Sacco yâumurenge wa Muhororo mu karere ka Ngororero, yari abereye umucungamari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu ntara yâuburasirazuba,Chief Inspector of Police (CIP) Theobald […]
Abanyereza amafaranga ya Leta bafatiwe ibyemezo bikakaye
Ntabwo hariho uburyo bunoze bwo kugaruza amafaranga ya Leta yanyerejwe aho umuntu yanyereje amafaranga ya Leta ajyanwa mu rukiko akaburana yamara kuburana yatsindwa agafungwa ndetse agategekwa kugarura ayo mafaranga bigasa naho birangiriye aho ngo hashyizweho ingamba zikakaye zirebena nâiki kibazo. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Werurwe 2017, Minisitiri muri Perezidansi yâu […]
Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara kâumugore mu gihe cyâimibonano, ese bimaze iki? (igice cya 6)
Ikibazo benshi bakomeje kwibaza ku kunyara kâumugore, kiragira giti: âNi ibihe byiza byo kunyaza umugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina? Bifasha iki umugabo nâumugore? Mu bice byatambutse hagaragajwe uko bikorwa, pozisiyo nziza bikorwamo nâibindi bibazo benshi bibaza, kuri ubu benshi mu bagabo bataragira amahirwe yo gutera akabariro ngo abagore babo bazane amavangingo usanga baba bumva babifitiye […]
Ingingo 3 nyamukuru Umwiherero wa 2017 watanze zageza u Rwanda ku ireme ryâuburezi ryifuzwa
Minisitiri wâUburezi, Dr. Papias Musafiri Malimba avuga ko uburezi ari kimwe mu byagarutsweho mu Mwiherero wâAbayobozi bakuru bâigihugu wasojwe kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017. Hakaba hararebwe ibyagezweho muri uru rwego nâibikenewe gukorwa mu gihe kiri imbere harimo Ingingo zagenderwaho kugira ngo habe ireme ryâuburezi ryifuzwa. Mu kiganiro nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, […]
RDC: Leta yanze inkunga ya Loni mu iperereza ku bwicanyi FARDC ishinjwa gukorera abasivili
Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kane yanze ubufasha bwâUmuryango wâAbibumbye mu iperereza ku bwicanyi ingabo za leta zishinjwa kuba zarakoreye abasivili muri Kasai. â Niba ari inkunga igamije kurushaho kuduhungabanya, oya, barakoze â, uwo ni umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Lambert Mende kuwa gatatu ushize mu kiganiro nâitangazamakuru kuri iyi […]
Amateka: Nyarubuye na Nkomangwa, urubanza rwâinyambo rwaciwe na Rudahigwa
Nyarubuye na Nkomangwa, ubu ni utugari twegeranye two mu murenge wa Munyiginya, akarere ka Rwamagana. Ku gihe cyâabami nâabatware, habereye urubanza rwâinyambo zâibikomerezwa bibiri: Kagimbura wari muramu wa Rudagigwa na Mugabo wari umukwe wâumutware Rwubusisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi misozi yombi yegereye ikiyaga cya Muhazi mu Buganza, ukatiye aho bita kwa Karangara. Kera hari hatuye abo […]
Zimwe mu mpamvu zituma abagabo nâabagore bacana inyuma batabireka
Iyo uganiriye nâabasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba nâaho usanga umugore nâumugabo babikora nkâaho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu […]
Umwiherero 2016 – Imyanzuro 4 ntiyashyizwe mu bikorwa
Muri Werurwe 2016 nibwo i Gabiro mu Karere ka Gatsibo habereye Umwiherero wâAbayobozi bakuru bâigihugu ku nshuro ya 13 . Umwiherero wafatiwemo imyanzuro 14 aho 10 yagezweho mu kigero gishimishije kigera kuri 70% naho 4 muri yo ikaba itarashyizwe mu bikorwa bitewe nâimpamvu zitandukanye. Ibi byatangajwe na Minisitiri muri Perezidansi ,Venancia Tugireyezu kuri uyu wa […]
Muhanga: Abaturage bavuga ko akagari kabo gakorera mu kabari
-Bacururizagamo utuyoga nâutundi twa butiki tudafashije -Umuyobozi atugeraho ku wa kabiri no ku wa Gatanu -Akagari ka Gasharu kwagirango kari inyuma yâigihugu, tumeze nkâabatari mu Rwanda -Ibibazo byacu bikemurwa ari uko Perezida Kagame azaza inaha – Gasa nkâagakorera mu kabari Ibi ni ibitangazwa nâabaturage batuye mu kagari ka Gasharu gaherereye mu Murenge wa Rongi, akarere […]
Polisi yatangaje ko ifite Umwongerezakazi ukekwaho gushaka guhungabanya umutekano wâigihugu
Igipolisi cyâu Rwanda gicumbikiye Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bwâu Bwongereza wari waje mu Rwanda aje gusura umuryango we ariko yari asanzwe akurikiranweho ibyaha bikomeye nkâuko byemejwe na polisi. Ambasade yâu Bwongereza mu Rwanda yamenyeshejwe ifatwa rye, ndetse uhereye uyu munsi akaba ashobora gusurwa nâumuryango we ndetse akanabona ubufasha bwa ambasade nkâuko umuvugizi wâigipolisi, ACP Theos Badege […]
Umuhanzi Diamond ashobora gusimbura Wema Sepetu mu buroko
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya Diamond Platnumz ngo yaba ari mu mazi abira nyuma yâaho muri iki cyumweru gishize yashyizwe ku rutonde rwa bamwe mu banyereje imisoro nâikigo cyâigihugu cya Tanzaniya cyâimisoro nâamahoro, ariko kugeza ubu iperereza rikaba ngo ryerekana ko yaba yaranacuruzaga ibiyobyabwenge, kimwe mu byatumaga adatanga imisoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru aravuga ko […]
Burundi: Uko FOREBU na RED-Tabara byiteguye gukuraho Nkurunziza nâimbogamizi bigifite
Mu gihe hashize amezi agera kuri 20 amakimbirane ashingiye kuri politiki mu gihugu cyâu Burundi atangiye, ikinyamakuru IBTimes cyo mu Bwongereza cyagiranye ikiganiro nâumwe mu bâingenzi bayoboye umutwe witwaje ibirwanisho ukorera mu gihugu agira byinshi agitangariza ku cyo barwanira, aho yatangaje ko biteguye urugamba rwo gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi ndetse nâuburyo bagiye kubikoramo. Aya […]
Guhindurwa na Kirisito uri muri wowe imbere
Abagalatiya 2:20 Nabambanywe Na Kristo, ariko ndiho, nyamara si jye uriho, ahubwo ni kristo uriho mu rinjye. Maze Gusoma iri Jambo ry’lmana mbonye ibintu bitatu: 1.Abantu bafite Kristo ubariho inyuma utari muribo imbere -Niyo mpamvu usanga umuntu avuga Kristo ariko ibikorwa bye bigaha kana Yesu avuga. -Imbuto zaba vuga Yesu badatunze muribo zigaragazwa nimirimo yabo. […]
Arsene Wenger yahakanye amakuru ko ashobora gusimbura umutoza wa Fc Barcelona, Enlique
Nyuma gato yâuko umutoza wâikipe ya Fc Barcelona Luis Enrique atangaje ko nyuma yâiki gihembwe azahita ava ku gutoza iyi kipe, abantu batandukanye batangiye gukwirakwiza amakuru ko Arsene Wenger yaba ari umwe mu bantu bashobora guhatanira uriya mwanya ariko we akaba babihakanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo gutsinda ikipe ya Sporting Gijon ibitego 6-1 kuwa gatatu […]
Abanyarwanda 87% banyurwa na serivisi zâubufasha mu byâamategeko bahabwa – Ubushakashatsi
Ubu bushakashatsi bwakozwe nâihuriro ryâabafasha mu byâamategeko, âLegal Aid Forumâ ku bijyanye nâuburyo abanyarwanda bafata inzego zâubutabera na serivisi zibaha bugaragaza ko 61.5% byâabanyarwanda batanyurwa nâuburyo Abunzi bakemura amakimbirane cyane cyane bikaba bishingiye kuri ruswa ikunze kuvugwa muri uru rwego. Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017, muri rusange bugaragaza ko […]
Indoneziya: Batunguwe nâumwami wa Arabia wabasuye yitwaje toni 460 zâibikoresho azifashisha
Guhera ku itariki ya mbere uku kwezi, umwami wâigihugu cya Arabia Saudite, Salman bin Abdul Aziz al-Saud ari mu gihugu cya Indoneziya mu ruzinduko rwe rwa mbere nyuma yâimyaka igera kuri 47, akaba ari muri gahunda yo gusura ibihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Aziya birimo Malaysia, Brunei, u Buyapani, u Bushinwa ndetse na Maldives. […]
Batatu bafashwe baha ruswa abapolisi ahantu hatandukanye
Nzayituriki Emmanuel wâimyaka 30 yâamavuko, Nzabonimpa Gratien wâimyaka 30 na Ramazani Issa wâimyaka 33 bafungiwe ku ma sitasiyo ya Polisi atandukanye aho bakurikiranyeho icyaha cyo kugerageza guha ruswa abapolisi nyuma yo gufatirwa mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bose ku italiki 2 Werurwe. Ramazani Issa yafatiwe mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi, aho […]
Museveni yarekurishije ingabo 150 za Sudani zari zimaze imyaka 6 ari imbohe za SPLM-North
Umutwe wa Sudan Peopleâs Liberation Movement (SPLM)-North urwanya ubutegetsi bwa Sudani ya perezida Omar Bashir warekuye abasirikare 150 barimo abakuru nâabato bari bamaze imyaka 6 ari imbohe bigizwemo uruhare na perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Bamwe mu bakozi bâinzego zâubutasi bakaba babwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru mu ijoro ryo kuwa Gatatu ko aba basirikare barekuwe […]
Abishe Gen Adolphe Nshimirimana bari bakwiye gusabirwa igihano cyo kwicwa
Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri wâingabo mu Burundi, Emmanuel Ntahomvukiye aho yatangarije abadepite ko hari uburyo harimo gukorwa inyigo yâukuntu igihano cyâurupfu cyakuweho mu Burundi cyasubizwaho kigacogoza ibyaha bimwe na bimwe. Ku rutonde rwâabantu bazahanishwa iki gihano kibaye gisubijweho ni abarenze ku mategeko agenga igisirikare ndetse nâaya Leta, abashatse guhirika ubutegetsi ndetse nâabahamwe nâicyaha cyo […]
USA: Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa yakatiwe igifungo cy'imyaka 15
Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa wari ukurikiranweho kubeshya inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashaka ubwenegihugu yakatiwe n’Urukiko rwâigihugu rukorera mu mujyi wa Cedar Rapids muri leta ya Iowa igihano cyo gufungwa imyaka 15 nyuma yo guhamwa n’ibyo byaha. Umucamanza Linda Reade yasobanuye ko Ngombwa yagize uruhare rurambuye mu bikorwa byo gushyira […]
Polisi yatahuye ibikoresho byibwe, bamwe mu bakekwaho ubwo bujura barafatwa
Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi yâu Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo ibyâikoranabuhanga nâibindi byo mu nzu. Ibyo bikoresho byafatiwe mu murenge wa Kimirongo uri mu karere ka Gasabo no mu murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Nyarugenge. Mu […]
Ngororero : Amabuye yâubwoko bwa AmĂ©thyste buhanganishije abacukuzi na ba nyirâubutaka
Ubucukuzi butemewe bwâibuye rifite ibara yâubururu bajya gusa na move (mauve) bumaze ibyumweru bike butangiye mu karere ka Ngororero, mu murenge wa Kavumu, mu tugari twa Tetero na Rugeshi. Amakuru atangwa nâabahatuye, avuga ko hari abacukura aya mabuye mu buryo bunyuranije nâamategeko. Abo barimo abanyarwanda nâabarabu bakomoka muri Sri-Lanka: Mohamed Jamaldeen Mohamed Jawsar na Mohamed […]
Ku myaka 99, umukecuru yisabiye kwambikwa amapingu no gufungwa
Umukecuru Annie wâimyaka 99 yâamavuko ukomoka mu mujyi wa NimĂšgue mu gihugu cyâu Buholandi yasabye inzego zâumutekano ko zimwambika amapingi ndetse akajya no mu buroko mu rwego rwo kugera ku ndoto ze. Uyu mukecuru avuga ko yari afite indoto zo gukandagira mu munyururu cyangwa ahandi hantu hanafungirwa abantu byâagateganyo ariko byâumwihariko ngo akaba ashaka amafoto […]
Impanuro za perezida Kagame ku munsi wa nyuma wâUmwiherero wa 2017
Iyo umaze imyaka 14 usubiramo amakosa amwe uba ukeneye kugera aho utangira gukora ibintu mu buryo butandukanye. Ibi ni bimwe mu bikubiye mu ijambo perezida Paul Kagame yagejeje ku bitabiriye Umwiherero wa 2017 ubwo wasozwaga kuri uyu wa 02 Werurwe 2017. Mu ijambo rye asoza uyu mwiherero watangiye ku itariki 24 Gashyantare, perezida wa repubulika, […]
Bretney Spears yerekanye amafoto adasanzwe agaragaza imiterere ya kigabo
Umuhanzikazi wok u mugabane wâAmerika Bretney Spears yongeye gushyira hanze amafoto ye agaragaza imiterere yâumubiri we hafi ya wose ariko we ngo akaba abikora agamije kwerekana imbaraga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzikazi ubusanzwe na we wiyemerera ko ateye nkâabagabo ndetse akanagerageza kubigaragaza, yatangaje ko adateze guhwema gukora imyitozo ngororamubiri mu rwego rwo guhangana nâikibazo cyâumubyibuho udasanzwe. […]
Somalia: Ingabo za Kenya zivuganye abarwanyi 57 ba Al Shabab mu mirwano ikomeye
Ingabo za Kenya (KDF), kuri uyu wa Kane zivuganye abarwanyi ba Al-Shabab 57 mu rugamba rwabereye hafi yâahitwa Afmadow muri Somalia. Iyi mirwano yabaye ku isaha ya saa 8:45 zâigitondo, yabereye mu birometero nka 31 uvuye Afmadow ahari ibirindiro byâingabo za Kenya. Umuvugizi wâingabo za Kenya, Col. Joseph Owouth yatangaje ko umubare munini wâabarwanyi ba […]
Umucuruzi Nkusi Godfrey akurikiranweho kunyereza miliyoni zisaga 70 z'umusoro
Ku bufatanye bwâIshami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu (Revenue Protection Unit -RPU), nâIkigo cyâigihugu cyâimisoro nâamahoro (Rwanda Revenue Authority -RRA), hafashwe amakarito arenga 600 arimo inzoga za divayi na Whisky zâubwoko butandukanye zâumucuruzi uzwi mu mujyi wa Kigali witwa Nkusi Godfrey, ubwo zasohokaga mu bubiko bwâibigega bikuru byâu Rwanda (Magasins Generaux du Rwanda-MAGERWA) zidakorewe imenyekanisha, […]
Abasore bâAbagande bakomeje kujya mu mutwe wa M23 ku bwinshi muri Kisoro
Umuyobozi wâAkarere ka Kisoro mu gihugu cya Uganda, Hajji Shafiq Sekandi yavuze ko ibiro bye byakiriye amakuru avuga ko abasore bâAbagande benshi bakomeje kujya mu mutwe wâInyeshyamba zirwanya Leta ya Congo, M23. Sekandi yihanangirije urubyiruko rutuye Akarere ka Kisoro arusaba kutijandika mu bikorwa bihungabanya umutekano wâIgihugu cyâigituranyi(Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo). Ibi uyu muyobozi akaba […]
Abagore ngo baba bakunda amagambo yâurukozasoni mu gihe cyo gutera akabariro
Abagore benshi ngo bakunda abagabo bavuga ibintu mu mazina yabyo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina kuko bituma babasha kurangiza vuba ndetse bikanabafasha kwiyumvamo igikorwa barimo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bimwe mu byagaragaye mu bushakashatsi bwakozwe nâinzobere mu bijyanye nâimyororokere mu gihguu cyâu Bongereza Alan Goele, yavuze ko mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina abagore baba bashaka ibintu bitabarushya […]
Sudani yongeye kugira minisitiri wâintebe kuva mu 1989
Perezida Omar Hassan al-Bashir wa Sudani yagize minisitiri wâintebe uwari visi perezida we wa mbere akaba nâinshuti ye yâakadasohoka, Hassan Saleh. Uyu mwanya ukaba wari warakuweho kuva mu 1989. Hassan Saleh biteganyijwe ko aza kurahira kuri uyu wa Kane, azakomeza kuba na visi perezida yari asanzweho nkâuko tubikesha Howafrica. Uyu wahoze mu gisirikare ndetse anafite […]
Ba Gitifu bâimirenge 75 nâabâutugari 470 bamaze guhagarikwa ku mirimo kubera imikorere mibi – MINALOC
Mu gihe biteganyijwe ko Umwiherero wâabayobozi bâigihugu usoza imirimo yawo kuri uyu wa 02 Werurwe 2017 ku munsi wa Gatanu wawo kuri uyu wa Gatatu hibanzwe ku miyoborere no gukomeza kurwanya ruswa. Kuri uyu munsi wa gatanu wâUmwiherero, hibanzwe ku kuganira ku cyijyanye no guca umuco wo kurebera abakoresha nabi umutungo wâigihugu ndetse nuko hanozwa […]
U Burundi bwikomye ONU nâUmunyamabanga Mukuru wayo
Leta yâu Burundi ibinyujije ku muvugizi wayo,Nzobonariba Philippe , yavuze ko itazigera irebera ngo iterwe ubwoba nâUmuryango wâAbibumye ku bijyanjye nâItegeko Nshinga rigenga iki gihugu no ku mubare ntarengwa wa manda ya Perezida wa Repubulika kuko bikubiye mu busugire bwayo. Nzobonariba avuga ko Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres abeshywa na raporo zibogamye zikorwa nâabamwe […]
Umutoza wa Sunrise arashinjwa gukoresha impapuro mpimbano, agasuzuguro n'ibindi
Umutoza wâikipe ya Sunrise , Ibe Chid Andrew yirukanywe ku kazi ke kâubutoza nyuma yo kugaragaraho amakosa menshi akomeye arimo no kuba yarakoresheje inyandiko mpimbano mu gihe yasabaga aka kazi. Amakuru yatangajwe nâumuyobozi wâiyi kipe, Ndungutse Jean Bosco avuga ko uyu mutoza yatanze icyangombwa cyâimpamyabumenyi yâubutoza kuko byaje kugaragara nyuma ko iyo yerekanye ari iyo […]
Gicumbi: Buturaga yapfuye agwiriwe n'ikirombe cyâamabuye yâagaciro
Umugabo witwa Buturaga wâimyaka 35 yâamavuko yitabye Imana agwiriwe nâikirombe maze ubwo yacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe nâamategeko. Uyu mugabo yapfiriye mu kagari ka Mubuga mu murenge wa Miyove mu karere ka Gicumbi, mu rukerera rwâitaliki ya mbere Werurwe 2017. Ibi byemejwe nâUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) […]
RDC: Abanyarwanda 15 bafatiwe muri M23
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ziratangaza ko zivuganye abarwanyi 20 bâUmutwe wa M23 zinafata mpiri abandi 25 barimo abanyarwanda 15. Ni mu mirwano yabahanganishije mu minsi ishize guhera ku ya 27 Mutarama 2017. Nkâuko bitangazwa na Komanda ushinzwe zone ya gatatu yâIngabo za Congo, General LĂ©on Mushale, ngo aba bafashwe mpiri bashyikirijwe […]
ONU irashinja inzego zâumutekano za Congo kwica abasivile 40
Raporo yashyizwe ahagaragara nâibiro byungirije byâUmuryango wâAbibumbye (Bureau conjoint de lâONU) ivuga ko inzego zâumutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zishe abasivile 40 zigakomeretsa 147. Iyi Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Werurwe 2017 ivuga ko ibi byabaye hagati ya tariki 15 na 31 Ukuboza 2016 ubwo habaga imyigaragambyo i Kinshasa, […]
Umupadiri yihanije abagore nâabakobwa bambara amapatalo nâindi myenda ireshya abagabo
Umupadiri uzwi ku mazina ya Father Sharlom wo mu gihugu cyâu Buhinde yatangaje ko atazigera aha amasakaramentu umugore cyangwa umukobwa wambaye imyenda yagenewe abantu bâigitsinagabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupadiri yatangaje ibi avuga ko nta na hamwe Bibiliya yemerara abagore cyangwa abakobwa kwambara bene iyi myambaro ndetse ko bafite iyabo ibagenewe kuva kera bityo bakaba bagomba […]