Jordania: Abantu 15 bahanishijwe igihano cyo kumanikwa

Leta ya Yorodaniya yingeye kubyutsa igihano cy’urupfu nyuma y’imyaka isaga 8 yaragikuyeho. Ku munsi w’ejo tariki ya 4 Werurwe 2017, abagororwa 10 bishwe bamanitswe ku itegeko rya leta. Abagororwa 10 muri aba 15 banyonzwe bakaba bari bamaze igihe bafunze kuko bari bakurikirnyweho ibyaha by’iterabwoba no kugira uruhare mu bitero byagabwe ku mujyi wa Baghdad muri […]

Yategeye kumara icupa ryuzuye Tequilla rimutwara ubuzima

Umusore w’imyaka 23 wo muri Repubulika Dominikani ho muri Amerika y’Epfo yahitanywe n’inzoga yo mu bwoko bwa Tequilla nyuma yo gutegera kumara icupa ryayo bakamuha Amayero 520. Uyu witwa Kelvin Rafael Mejà­a ngo yegereye mu minsi ishize itsinda ry’abantu bari mu kabyiniro ategera kugotomera icupa ryuzuye Tequilla adakuye ku munwa akarimara nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru by’iwabo. […]

Ambasaderi wa Koreya ya Ruguru yirukanwe muri Maleziya igitaraganya

Guverinoma ya Maleziya yatangaje ko yahaye uhagarariye Koreya ya Ruguru muri kiriya gihugu amasaha atarenze 48 yo kuba yamaze kuva muri kiriya gihugu. Ibi bibaye nyuma y’uko umuvandimwe wa Perezida Kim Jong wa Koreya ya Ruguru arasiwe ku kibuga cy’indege muri Maleziya mu minsi ishize, Ambasaderi wa Koreya Kang Chol persona non grata ngo akaba […]

Haracyagaragara abayobozi bamwe batarasobanukirwa itegeko ryo gutanga amakuru

Abanyamakuru baratangaza ko bakomeje guhura n’imbogamizi zo kwimwa amakuru na bamwe mu bayobozi nubwo hariho itegeko ribaha uburenganzira bwo kubona amakuru, ndetse Urwego rw’umuvunyi rukaba rutangaza ko rumaze kwakira ibirego 20 bijyanye n’abantu banga gutanga amakuru . Ibirego 18 muri byo ni iby’abanyamakuru naho 2 n’abanyamategeko.Abanyamakuru bavuga ko hari igihe bakenera amakuru mu bigo bitanga […]

Komanda wa traffic police yahagaritswe azira gufunga umuvugizi wa NRM muri diaspora

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Gatatu ushize cyahagaritse uwari ukuriye ishami rya polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda rya Kiira witwa Stephen Sande kimuziza ko yahagaritse akanafunga umuvugizi w’ishyaka NRM muri diaspora. Irindi shami rya polisi rizwi nka PSU (Police Standards Unit) mu cyumweru gishize nibwo ryatangije iperereza ku ifatwa n’ifungwa ry’uhagarariye NRM muri […]

RMC yasuye abanyamakuru Eminante na Kanuma bafunzwe

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, itsina ry’abayobozi n’abakozi ba Rwanda Media Commission ryasuye abanyamakuru bafunzwe. Abo ni Mugabushaka Jeanne de Chantal (Eminante) na Shyaka Kanuma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kubakomeza no kubihanganisha. Itsinda ryasuye riyobowe n’umuyobozi wa RMC Barore Cleophas, na Visi Perezida wa Board Rwasa Jerome. Harimo kandi umunyamabanga […]

U Buhinde :Umupasiteri yakubiswe iz’akabwana,agenda ibilometero 5 yambaye ubusa

Mu gihugu cy’u Buhinde Umupasiteri witwa Hari Shankar Ninama yarakubiswe bikomeye, asigwa ku muhanda ari intere ndetse abwirwa ko azicwa naramuka akomeje kubwiriza ubutumwa bwa Kirisitu. Ninama w’imyaka 65 y’amavuko akaba yarakubiswe mu kwezi gushize ubwo abahenzanguzi bo mu dini ry’Abahindu bakoresheje imbaraga binjiye mu nzu yarimo asengera umwana w’umuhugu w’imyaka 5.Ngo bahise bamushimuta bamukura […]

Queen w'imyaka 30 arashaka umukunzi

Mwaramutse nitwa Queen nshaka umukunzi mfite 30ans mfite abana 2 nshaka umukunzi guhera 37ans kugera kuri 55ans bibaye byiza yaba nawe afite abana kd atabana numugore agomba kuba afite uko abayeho kuko ntakazi gahoraho mfite email umwaliqueen@yahoo.fr ndabategereje kd mfite gahunda nzigutetesha umugabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook […]

SC Kiyovu na Mukura VS mu mukino ukomeye kuri Stade ya Kigali

Imikino y’irushanwa rya Azam Rwanda Premier League kuri uyu wa gatandatu no ku Cyumweru iraba ikinwa ku munsi wa 19 waryo, aho mu mikino ikomeye igomba kuba muri iyi weekend harimo umukino uhuza SC Kiyovu na Mukura kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade ya Kigali. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko amakipe agomba guhura Kuwa 04 Werurwe […]

Isekere: Dore amafoto yagiye atangarirwa na benshi

Ushobora kubona aya mafoto ugakeka ibindi ariko ni amafoto asanzwe ahubwo nuko ushobora gusanga hari ibyo asa nkabyo. Aya mafoto yagiye ahanahanwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com

Imodoka abami b'injyana ya Hip Hop barasiwemo zashyizwe mu cyamunara

Imodoka ibyamamare mu njyana ya Hip Hop, Biggie na Tupac byarasiwemo umunsi bisezera ku isi ya Rurema zashyizwe mu cyamunara. Imodoka yo mu bwoko bwa GMC yarasiwemo Notorious BIG yari imaze imyaka 20 ba nyirayo batazi ko ibitse amateka y’injyana ya Hip Hop nk’uko ikinyamakuru TMZ dukesha iyi nkuru kivuga. Ba nyiri iyi modoka batuye […]

RDC: Hakozwe urutonde rw’impunzi z’Abarundi zigomba gufungwa

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Lusenda iri ku bilometero 60 mu Majyepfo ya Uvira ho mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demoakarasi ya Congo, ziravuga ko zitewe impungenge n’umutekano wazo nyuma y’umusirikare wa Leta wasanzwe yiciwe mu nkengero z’iyi nkambi aho bamwe batangiye no gufungwa. Umwe muri izi mpunzi waganiriye n’Ikinyamakuru Iwacu cy’i Burundi , […]

Umwana wa Jennifer Lopez yamubajije ku twenda tugaragaza ubwambure yambara

Jennifer Lopez ni umugore w’imyaka 47 y’amavuko, akunze gutungurana ku rubyiniro bitewe n’imyambaro ye. N’umwana we w’imyaka 9 yayigizeho ikibazo agira ibyo ayimubazaho. Aganira n’ikinyamakuru AOL, Jeniifer yagize ati: “Yarambwiye; Mama kuki utajya wambara amapantalo mu gihe cy’ibitaramo, ugomba kuzajya wambara amapantalo ubutaha”. Nyuma y’iki kibazo gikomeye ku mubyeyi imbere y’umwana wari witegereje amafoto ya […]

Igihembo cya Mo Ibrahim gikomeje kubura ababaye abayobozi bakegukana

Mo Ibrahim Foundation (MIF) iratangaza ko mu mwaka ushize wa 2016 nta wahoze ari umuyobozi wo muri Afurika wigeze atsindira igihembo iyi foundation igenera abigeze kuba abakuru b’ibihugu na guverinoma bagize ibyo bageraho bigaragara. Uyu ngo ukaba ari undi mwaka uciyeho iki gihembo cya Mo Ibrahim kibuze ugitsindira nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi wa Komite Yigenga ishinzwe […]

Abo muri FDLR bemeza ko ari bo batoza Imbonerakure amayeri yo kwica

Kuva mu mwaka wa 2015, nibwo byatangiye kuvugwa ko inyeshyamba za FDLR zifitanye umubano udasanzwe na Leta y’u Burundi hamwe n’ishyaka CNDD FDD, ishyaka riri ku butegetsi. Urubyiruko rw’iri shyaka “Imbonerakure” rugatozwa n’izi nyeshyamba ziri mu mashyamba ya Congo. Gen Adolphe Nshimiyimana wishwe muri Kanama 2015 ndetse wari n’umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza, niwe wavugwaga cyane […]

Ngoma: Umumotari yafatanywe imifuka itanu y’urumogi

Jean Bosco Uwitonze yafatiwe mu Murenge wa Kazo, Akarere ka Ngoma, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane afite imifuka itanu y’urumogi kuri moto. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Ngoma, Senior Superintendent of Police(SSP) Janvier Mutaganda aratangaza ko Uwitonze bahimba Kigingi, yatanzweho amakuru n’irondo nyuma yo kumubona muri ako gace mu buryo budasanzwe. Yagize […]

Burundi: Imiryango y’Imbonerakure iratabaza

Imwe mu miryango y’Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi (Imbonerakure ) iratabaza ivuga ko itewe inkeke n’umutekano w’abasore batawe muri yombi ku wa Gatanu tariki 22 Gashyantare 2017 bazira gutunga ibikoresho bya gisirikare birimo n’Impuzankano kandi barabihawe na Leta. Ngo byose bikaba byaratangiye ubwo aba basore(Imbonerakure ) bo muri Komini ya Butihinda […]

Tanzania: Inkambi y’impunzi z’Abarundi yafatiwemo ibirwanisho

Mu nkambi y’Impunzi z’Abarundi zahungiye mu gihugu cya Tanzania hakozwe isakwa ry’ibikoresho bya gisirikare ndetse bimwe birahafatirwa na zimwe mu mpunzi zitabwa muri yombi . Igipolisi cya Tanzania kuri uyu wa gatanu cyagaragaje ibyavuye mu isakwa ry’ibirwanisho ryari rimaze iminsi rikorwa mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Mtendeli mu Ntara ya Kigoma. Igipolisi cyavuze ko cyafashe […]

U Rwanda nicyo gihugu gikoresha Ingengo y’Imali ntoya mu matora-Min. Kaboneka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka asanga u Rwanda aricyo gihugu gikoresha amafaranga make mu matora kuko usanga abanyarwanda babigize ibyabo ndetse kahaba n’ibikoresho bikoreshwa inshuro zirenze imwe. Aganira n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Werurwe 2016 yavuze ko nta kwirarira kurimo ati: ” Ku cy’amatora nagiraga ngo mbabwire y’uko si ukwirarira , u Rwanda […]

Magufuli yategetse ifatirwa rya passports z’abanyamahanga bananiwe kurangiza akazi bahawe

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, kuri uyu wa Gatanu yategetse ko passport z’abanyamahanga bakorera Ikigo cy’Abahinde gishinjwa gutinza umushinga w’amazi cyari cyarahawe gucunga. Perezida Magufuli yategetse ko passport y’Umuhinde witwa Rajendra Kumar ifatirwa ndetse n’izindi mpapuro z’inzira z’abamufasha kugeza igihe uwo mushinga w’amazi uzarangirira nk’uko byemejwe n’ibiro bya perezida magufuli mu itangazo byashyize ahagaragara. […]

Gukiranuka kw’Imana Dusabwa kubanza gushaka aha ni ukuhe?

Ahubwo mubanze mushake ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo, ni bwo ibyo byose muzabyongerwa. #Matayo 6:33 Rom 3:21-24 Ariko noneho hariho gukiranuka kw’Imana kwahishuwe kudaheshwa n’amategeko, nubwo amategeko n’ibyahanuwe ari byo biguhamya, ni ko gukiranuka kw’Imana abizeye bose baheshwa no kwizera Yesu Kristo ari nta tandukaniro, kuko bose bakoze ibyaha, ntibashyikÄ«ra ubwiza bw’Imana, ahubwo batsindishirizwa n’ubuntu […]

Gen Semugeshi wari muri FDLR agiye gutaha mu Rwanda

Brig Gen Semugeshi CĂŽmes mu nyeshyamba za FDLR, yishyize mu maboko n’ingabo za MONUSCO ku bushake bwe agamije gucyurwa mu Rwanda. Semugeshi w’imyaka 49 y’amavuko, yatangaje ko intego ye ari iyo gutaha mu Rwanda ndetse ko yari arambiwe guhora arwana mu mitwe y’inyeshyamba. Radiyo Okapi itangaza ko Brig Gen Semugeshi yari komiseri wungirije ushinzwe ingabo […]

Ngororero: Umucungamari wa SACCO afunzwe akekwaho kurigisa arenga miliyoni 2,5

Ku mugoroba wo ku itariki 2 Werurwe, Polisi ikorera mu karere ka Ngororero yafunze Mbonyizanye Jacqueline w’imyaka 36 y’amavuko, akaba akekwaho kurigisa amafaranga y’u Rwanda angana na 2,787,000 muri Sacco y’umurenge wa Muhororo mu karere ka Ngororero, yari abereye umucungamari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’uburasirazuba,Chief Inspector of Police (CIP) Theobald […]

Abanyereza amafaranga ya Leta bafatiwe ibyemezo bikakaye

Ntabwo hariho uburyo bunoze bwo kugaruza amafaranga ya Leta yanyerejwe aho umuntu yanyereje amafaranga ya Leta ajyanwa mu rukiko akaburana yamara kuburana yatsindwa agafungwa ndetse agategekwa kugarura ayo mafaranga bigasa naho birangiriye aho ngo hashyizweho ingamba zikakaye zirebena n’iki kibazo. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Werurwe 2017, Minisitiri muri Perezidansi y’u […]

Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano, ese bimaze iki? (igice cya 6)

Ikibazo benshi bakomeje kwibaza ku kunyara k’umugore, kiragira giti: “Ni ibihe byiza byo kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina? Bifasha iki umugabo n’umugore? Mu bice byatambutse hagaragajwe uko bikorwa, pozisiyo nziza bikorwamo n’ibindi bibazo benshi bibaza, kuri ubu benshi mu bagabo bataragira amahirwe yo gutera akabariro ngo abagore babo bazane amavangingo usanga baba bumva babifitiye […]

Ingingo 3 nyamukuru Umwiherero wa 2017 watanze zageza u Rwanda ku ireme ry’uburezi ryifuzwa

Minisitiri w’Uburezi, Dr. Papias Musafiri Malimba avuga ko uburezi ari kimwe mu byagarutsweho mu Mwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu wasojwe kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017. Hakaba hararebwe ibyagezweho muri uru rwego n’ibikenewe gukorwa mu gihe kiri imbere harimo Ingingo zagenderwaho kugira ngo habe ireme ry’uburezi ryifuzwa. Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, […]

RDC: Leta yanze inkunga ya Loni mu iperereza ku bwicanyi FARDC ishinjwa gukorera abasivili

Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kane yanze ubufasha bw’Umuryango w’Abibumbye mu iperereza ku bwicanyi ingabo za leta zishinjwa kuba zarakoreye abasivili muri Kasai. “ Niba ari inkunga igamije kurushaho kuduhungabanya, oya, barakoze ”, uwo ni umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Lambert Mende kuwa gatatu ushize mu kiganiro n’itangazamakuru kuri iyi […]

Amateka: Nyarubuye na Nkomangwa, urubanza rw’inyambo rwaciwe na Rudahigwa

Nyarubuye na Nkomangwa, ubu ni utugari twegeranye two mu murenge wa Munyiginya, akarere ka Rwamagana. Ku gihe cy’abami n’abatware, habereye urubanza rw’inyambo z’ibikomerezwa bibiri: Kagimbura wari muramu wa Rudagigwa na Mugabo wari umukwe w’umutware Rwubusisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi misozi yombi yegereye ikiyaga cya Muhazi mu Buganza, ukatiye aho bita kwa Karangara. Kera hari hatuye abo […]

Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n’abagore bacana inyuma batabireka

Iyo uganiriye n’abasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba n’aho usanga umugore n’umugabo babikora nk’aho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu […]

Umwiherero 2016 – Imyanzuro 4 ntiyashyizwe mu bikorwa

Muri Werurwe 2016 nibwo i Gabiro mu Karere ka Gatsibo habereye Umwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu ku nshuro ya 13 . Umwiherero wafatiwemo imyanzuro 14 aho 10 yagezweho mu kigero gishimishije kigera kuri 70% naho 4 muri yo ikaba itarashyizwe mu bikorwa bitewe n’impamvu zitandukanye. Ibi byatangajwe na Minisitiri muri Perezidansi ,Venancia Tugireyezu kuri uyu wa […]

Muhanga: Abaturage bavuga ko akagari kabo gakorera mu kabari

-Bacururizagamo utuyoga n’utundi twa butiki tudafashije -Umuyobozi atugeraho ku wa kabiri no ku wa Gatanu -Akagari ka Gasharu kwagirango kari inyuma y’igihugu, tumeze nk’abatari mu Rwanda -Ibibazo byacu bikemurwa ari uko Perezida Kagame azaza inaha – Gasa nk’agakorera mu kabari Ibi ni ibitangazwa n’abaturage batuye mu kagari ka Gasharu gaherereye mu Murenge wa Rongi, akarere […]

Polisi yatangaje ko ifite Umwongerezakazi ukekwaho gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu

Igipolisi cy’u Rwanda gicumbikiye Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’u Bwongereza wari waje mu Rwanda aje gusura umuryango we ariko yari asanzwe akurikiranweho ibyaha bikomeye nk’uko byemejwe na polisi. Ambasade y’u Bwongereza mu Rwanda yamenyeshejwe ifatwa rye, ndetse uhereye uyu munsi akaba ashobora gusurwa n’umuryango we ndetse akanabona ubufasha bwa ambasade nk’uko umuvugizi w’igipolisi, ACP Theos Badege […]

Umuhanzi Diamond ashobora gusimbura Wema Sepetu mu buroko

Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya Diamond Platnumz ngo yaba ari mu mazi abira nyuma y’aho muri iki cyumweru gishize yashyizwe ku rutonde rwa bamwe mu banyereje imisoro n’ikigo cy’igihugu cya Tanzaniya cy’imisoro n’amahoro, ariko kugeza ubu iperereza rikaba ngo ryerekana ko yaba yaranacuruzaga ibiyobyabwenge, kimwe mu byatumaga adatanga imisoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru aravuga ko […]

Burundi: Uko FOREBU na RED-Tabara byiteguye gukuraho Nkurunziza n’imbogamizi bigifite

Mu gihe hashize amezi agera kuri 20 amakimbirane ashingiye kuri politiki mu gihugu cy’u Burundi atangiye, ikinyamakuru IBTimes cyo mu Bwongereza cyagiranye ikiganiro n’umwe mu b’ingenzi bayoboye umutwe witwaje ibirwanisho ukorera mu gihugu agira byinshi agitangariza ku cyo barwanira, aho yatangaje ko biteguye urugamba rwo gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi ndetse n’uburyo bagiye kubikoramo. Aya […]

Guhindurwa na Kirisito uri muri wowe imbere

Abagalatiya 2:20 Nabambanywe Na Kristo, ariko ndiho, nyamara si jye uriho, ahubwo ni kristo uriho mu rinjye. Maze Gusoma iri Jambo ry’lmana mbonye ibintu bitatu: 1.Abantu bafite Kristo ubariho inyuma utari muribo imbere -Niyo mpamvu usanga umuntu avuga Kristo ariko ibikorwa bye bigaha kana Yesu avuga. -Imbuto zaba vuga Yesu badatunze muribo zigaragazwa nimirimo yabo. […]

Arsene Wenger yahakanye amakuru ko ashobora gusimbura umutoza wa Fc Barcelona, Enlique

Nyuma gato y’uko umutoza w’ikipe ya Fc Barcelona Luis Enrique atangaje ko nyuma y’iki gihembwe azahita ava ku gutoza iyi kipe, abantu batandukanye batangiye gukwirakwiza amakuru ko Arsene Wenger yaba ari umwe mu bantu bashobora guhatanira uriya mwanya ariko we akaba babihakanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo gutsinda ikipe ya Sporting Gijon ibitego 6-1 kuwa gatatu […]

Abanyarwanda 87% banyurwa na serivisi z’ubufasha mu by’amategeko bahabwa – Ubushakashatsi

Ubu bushakashatsi bwakozwe n’ihuriro ry’abafasha mu by’amategeko, ‘Legal Aid Forum’ ku bijyanye n’uburyo abanyarwanda bafata inzego z’ubutabera na serivisi zibaha bugaragaza ko 61.5% by’abanyarwanda batanyurwa n’uburyo Abunzi bakemura amakimbirane cyane cyane bikaba bishingiye kuri ruswa ikunze kuvugwa muri uru rwego. Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017, muri rusange bugaragaza ko […]

Batatu bafashwe baha ruswa abapolisi ahantu hatandukanye

Nzayituriki Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko, Nzabonimpa Gratien w’imyaka 30 na Ramazani Issa w’imyaka 33 bafungiwe ku ma sitasiyo ya Polisi atandukanye aho bakurikiranyeho icyaha cyo kugerageza guha ruswa abapolisi nyuma yo gufatirwa mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bose ku italiki 2 Werurwe. Ramazani Issa yafatiwe mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi, aho […]

Museveni yarekurishije ingabo 150 za Sudani zari zimaze imyaka 6 ari imbohe za SPLM-North

Umutwe wa Sudan People’s Liberation Movement (SPLM)-North urwanya ubutegetsi bwa Sudani ya perezida Omar Bashir warekuye abasirikare 150 barimo abakuru n’abato bari bamaze imyaka 6 ari imbohe bigizwemo uruhare na perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Bamwe mu bakozi b’inzego z’ubutasi bakaba babwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru mu ijoro ryo kuwa Gatatu ko aba basirikare barekuwe […]

Abishe Gen Adolphe Nshimirimana bari bakwiye gusabirwa igihano cyo kwicwa

Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’ingabo mu Burundi, Emmanuel Ntahomvukiye aho yatangarije abadepite ko hari uburyo harimo gukorwa inyigo y’ukuntu igihano cy’urupfu cyakuweho mu Burundi cyasubizwaho kigacogoza ibyaha bimwe na bimwe. Ku rutonde rw’abantu bazahanishwa iki gihano kibaye gisubijweho ni abarenze ku mategeko agenga igisirikare ndetse n’aya Leta, abashatse guhirika ubutegetsi ndetse n’abahamwe n’icyaha cyo […]

USA: Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa yakatiwe igifungo cy'imyaka 15

Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa wari ukurikiranweho kubeshya inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashaka ubwenegihugu yakatiwe n’Urukiko rw’igihugu rukorera mu mujyi wa Cedar Rapids muri leta ya Iowa igihano cyo gufungwa imyaka 15 nyuma yo guhamwa n’ibyo byaha. Umucamanza Linda Reade yasobanuye ko Ngombwa yagize uruhare rurambuye mu bikorwa byo gushyira […]

Polisi yatahuye ibikoresho byibwe, bamwe mu bakekwaho ubwo bujura barafatwa

Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo iby’ikoranabuhanga n’ibindi byo mu nzu. Ibyo bikoresho byafatiwe mu murenge wa Kimirongo uri mu karere ka Gasabo no mu murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Nyarugenge. Mu […]

Ngororero : Amabuye y’ubwoko bwa AmĂ©thyste buhanganishije abacukuzi na ba nyir’ubutaka

Ubucukuzi butemewe bw’ibuye rifite ibara y’ubururu bajya gusa na move (mauve) bumaze ibyumweru bike butangiye mu karere ka Ngororero, mu murenge wa Kavumu, mu tugari twa Tetero na Rugeshi. Amakuru atangwa n’abahatuye, avuga ko hari abacukura aya mabuye mu buryo bunyuranije n’amategeko. Abo barimo abanyarwanda n’abarabu bakomoka muri Sri-Lanka: Mohamed Jamaldeen Mohamed Jawsar na Mohamed […]

Ku myaka 99, umukecuru yisabiye kwambikwa amapingu no gufungwa

Umukecuru Annie w’imyaka 99 y’amavuko ukomoka mu mujyi wa NimĂšgue mu gihugu cy’u Buholandi yasabye inzego z’umutekano ko zimwambika amapingi ndetse akajya no mu buroko mu rwego rwo kugera ku ndoto ze. Uyu mukecuru avuga ko yari afite indoto zo gukandagira mu munyururu cyangwa ahandi hantu hanafungirwa abantu by’agateganyo ariko by’umwihariko ngo akaba ashaka amafoto […]

Impanuro za perezida Kagame ku munsi wa nyuma w’Umwiherero wa 2017

Iyo umaze imyaka 14 usubiramo amakosa amwe uba ukeneye kugera aho utangira gukora ibintu mu buryo butandukanye. Ibi ni bimwe mu bikubiye mu ijambo perezida Paul Kagame yagejeje ku bitabiriye Umwiherero wa 2017 ubwo wasozwaga kuri uyu wa 02 Werurwe 2017. Mu ijambo rye asoza uyu mwiherero watangiye ku itariki 24 Gashyantare, perezida wa repubulika, […]

Bretney Spears yerekanye amafoto adasanzwe agaragaza imiterere ya kigabo

Umuhanzikazi wok u mugabane w’Amerika Bretney Spears yongeye gushyira hanze amafoto ye agaragaza imiterere y’umubiri we hafi ya wose ariko we ngo akaba abikora agamije kwerekana imbaraga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzikazi ubusanzwe na we wiyemerera ko ateye nk’abagabo ndetse akanagerageza kubigaragaza, yatangaje ko adateze guhwema gukora imyitozo ngororamubiri mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umubyibuho udasanzwe. […]

Somalia: Ingabo za Kenya zivuganye abarwanyi 57 ba Al Shabab mu mirwano ikomeye

Ingabo za Kenya (KDF), kuri uyu wa Kane zivuganye abarwanyi ba Al-Shabab 57 mu rugamba rwabereye hafi y’ahitwa Afmadow muri Somalia. Iyi mirwano yabaye ku isaha ya saa 8:45 z’igitondo, yabereye mu birometero nka 31 uvuye Afmadow ahari ibirindiro by’ingabo za Kenya. Umuvugizi w’ingabo za Kenya, Col. Joseph Owouth yatangaje ko umubare munini w’abarwanyi ba […]

Umucuruzi Nkusi Godfrey akurikiranweho kunyereza miliyoni zisaga 70 z'umusoro

Ku bufatanye bw’Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu (Revenue Protection Unit -RPU), n’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (Rwanda Revenue Authority -RRA), hafashwe amakarito arenga 600 arimo inzoga za divayi na Whisky z’ubwoko butandukanye z’umucuruzi uzwi mu mujyi wa Kigali witwa Nkusi Godfrey, ubwo zasohokaga mu bubiko bw’ibigega bikuru by’u Rwanda (Magasins Generaux du Rwanda-MAGERWA) zidakorewe imenyekanisha, […]

Abasore b’Abagande bakomeje kujya mu mutwe wa M23 ku bwinshi muri Kisoro

Umuyobozi w’Akarere ka Kisoro mu gihugu cya Uganda, Hajji Shafiq Sekandi yavuze ko ibiro bye byakiriye amakuru avuga ko abasore b’Abagande benshi bakomeje kujya mu mutwe w’Inyeshyamba zirwanya Leta ya Congo, M23. Sekandi yihanangirije urubyiruko rutuye Akarere ka Kisoro arusaba kutijandika mu bikorwa bihungabanya umutekano w’Igihugu cy’igituranyi(Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo). Ibi uyu muyobozi akaba […]

Abagore ngo baba bakunda amagambo y’urukozasoni mu gihe cyo gutera akabariro

Abagore benshi ngo bakunda abagabo bavuga ibintu mu mazina yabyo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina kuko bituma babasha kurangiza vuba ndetse bikanabafasha kwiyumvamo igikorwa barimo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bimwe mu byagaragaye mu bushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu bijyanye n’imyororokere mu gihguu cy’u Bongereza Alan Goele, yavuze ko mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina abagore baba bashaka ibintu bitabarushya […]

Sudani yongeye kugira minisitiri w’intebe kuva mu 1989

Perezida Omar Hassan al-Bashir wa Sudani yagize minisitiri w’intebe uwari visi perezida we wa mbere akaba n’inshuti ye y’akadasohoka, Hassan Saleh. Uyu mwanya ukaba wari warakuweho kuva mu 1989. Hassan Saleh biteganyijwe ko aza kurahira kuri uyu wa Kane, azakomeza kuba na visi perezida yari asanzweho nk’uko tubikesha Howafrica. Uyu wahoze mu gisirikare ndetse anafite […]

U Burundi bwikomye ONU n’Umunyamabanga Mukuru wayo

Leta y’u Burundi ibinyujije ku muvugizi wayo,Nzobonariba Philippe , yavuze ko itazigera irebera ngo iterwe ubwoba n’Umuryango w’Abibumye ku bijyanjye n’Itegeko Nshinga rigenga iki gihugu no ku mubare ntarengwa wa manda ya Perezida wa Repubulika kuko bikubiye mu busugire bwayo. Nzobonariba avuga ko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres abeshywa na raporo zibogamye zikorwa n’abamwe […]

Umutoza wa Sunrise arashinjwa gukoresha impapuro mpimbano, agasuzuguro n'ibindi

Umutoza w’ikipe ya Sunrise , Ibe Chid Andrew yirukanywe ku kazi ke k’ubutoza nyuma yo kugaragaraho amakosa menshi akomeye arimo no kuba yarakoresheje inyandiko mpimbano mu gihe yasabaga aka kazi. Amakuru yatangajwe n’umuyobozi w’iyi kipe, Ndungutse Jean Bosco avuga ko uyu mutoza yatanze icyangombwa cy’impamyabumenyi y’ubutoza kuko byaje kugaragara nyuma ko iyo yerekanye ari iyo […]

Gicumbi: Buturaga yapfuye agwiriwe n'ikirombe cy’amabuye y’agaciro

Umugabo witwa Buturaga w’imyaka 35 y’amavuko yitabye Imana agwiriwe n’ikirombe maze ubwo yacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Uyu mugabo yapfiriye mu kagari ka Mubuga mu murenge wa Miyove mu karere ka Gicumbi, mu rukerera rw’italiki ya mbere Werurwe 2017. Ibi byemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) […]

RDC: Abanyarwanda 15 bafatiwe muri M23

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ziratangaza ko zivuganye abarwanyi 20 b’Umutwe wa M23 zinafata mpiri abandi 25 barimo abanyarwanda 15. Ni mu mirwano yabahanganishije mu minsi ishize guhera ku ya 27 Mutarama 2017. Nk’uko bitangazwa na Komanda ushinzwe zone ya gatatu y’Ingabo za Congo, General LĂ©on Mushale, ngo aba bafashwe mpiri bashyikirijwe […]

ONU irashinja inzego z’umutekano za Congo kwica abasivile 40

Raporo yashyizwe ahagaragara n’ibiro byungirije by’Umuryango w’Abibumbye (Bureau conjoint de l’ONU) ivuga ko inzego z’umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zishe abasivile 40 zigakomeretsa 147. Iyi Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Werurwe 2017 ivuga ko ibi byabaye hagati ya tariki 15 na 31 Ukuboza 2016 ubwo habaga imyigaragambyo i Kinshasa, […]

Umupadiri yihanije abagore n’abakobwa bambara amapatalo n’indi myenda ireshya abagabo

Umupadiri uzwi ku mazina ya Father Sharlom wo mu gihugu cy’u Buhinde yatangaje ko atazigera aha amasakaramentu umugore cyangwa umukobwa wambaye imyenda yagenewe abantu b’igitsinagabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupadiri yatangaje ibi avuga ko nta na hamwe Bibiliya yemerara abagore cyangwa abakobwa kwambara bene iyi myambaro ndetse ko bafite iyabo ibagenewe kuva kera bityo bakaba bagomba […]