Umuhanzi Ali Kiba yakiriwe na Perezidansi ya Tanzaniya avuye muri Afurika y’Epfo

Umuhanzi Ali Kiba na Wizkid baraye bavuye mu marushanwa ya MTV yaberaga muri Repubulika y’Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatatu tariki ya mbere Werurwe 2017. Aba bahanzi bakaba ari na bamwe mu bahanzi bitwaye neza mu irushanwa ndetse bakaba banatahukanye ibikombe. Umuhanzi Ali Kiba akaba we by’umwihariko yahawe ikaze na Perezidansi ya Tanzaniya ndetse bakanafatanya […]

Kamonyi: Umwana w’imyaka 9 yishwe anigiwe mu ishyamba

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gashyantare 2017, ahagana saa munani z’amanywa (14:00) nibwo umwana w’umukobwa witwaga Mutesi Chantal wari mu kigero cy’imyaka 9 mwene Shamukiga Pierre nawe uherutse kwitaba Imana bitunguranye, yishwe anizwe n’umuntu utaramenyekana. Ubu bwicanyi bwabereye mu kagari ka Buguri, umurenge wa Rukoma ho mu karere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepho, aho […]

Amarushanwa y’Igikombe cy’Amahoro cya 2017 agiye gutangira

Amarushanwa y’Igikombe cy’Amahoro agiye gutangira guhera ku itariki 07 Werurwe akazabanzirizwa n’imikino yo gukuranwamo, aho amakipe 22 biteganyijwe ko azahangana mu cyiciro cya mbere hakazavamo 16 azahatana muri 1/16 biteganyijwe ko kizatangira kuwa 19 Mata 2017. Imikino yo gukuranwamo izaba kuwa 07 no kuwa 08 Werurwe, izavamo amakipe 11 yatsinze neza ndetse n’atanu yatsinzwe yagerageje […]

Umuyobozi w’Ikinyamakuru Rugari yahagaritswe mu mwuga anamburwa ikarita y’akazi

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 1 Werurwe 2017, Komite Ndangamyitwarire y’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) yafashe umwanzuro wo guhagarika by’agateganyo mu mwuga w’Itangazamakuru, Umunyamakuru Niyonambaza Assouman uyobora Ikinyamakuru Rugari ndetse ihita inamwambura ikarita y’akazi nyuma y’ibibazo yagiranye na UTAB (University of Technology and Arts of Byumba). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uretse guhagarikwa by’agateganyo , Komite ya RMC […]

Amagambo y’urukundo Perezida Zuma yandikiwe n’umugore we muto yibajijweho byinshi

Umwe mu bagore ba Perezida wa repubulika y’Afurika y’Epfo Jacob Zuma, Thobeka Zuma aherutse kwandika ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram amagambo adasanzwe y’urukundo akunda umugabo we Jacob Zuma yakoze ku mitima ya benshi. Uyu mugore yatangaje ko atabashije guhisha amarangamutima ye ku mugabo we nk’uko bayaba no ku wundi wese. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ntangiriro z’uyu […]

Uganda: Impanuka yahitanye 5 abandi barakomereka

Abantu 5 nibo bitabye Imana abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Kyegegwa mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2017. Umuvugizi wa Polisi muri aka Karere, Tumushabe Lydia, yavuze ko iyi mpanuka yabereye ahitwa Migongwe mu gace ka Kakabara aho iyi modoka yabirindutse kubera umuvuduko mwinshi . Tumushabe […]

Kigali: Abashoferi batinza abagenzi n’abakora amakosa nkana akabo kashobotse

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) kigiye gushyiraho ikarita izafasha mu kugenzura imyitwarire y’abashoferi. Iyo karita ikozwe mu buryo bugezweho, izajyaho muri uku kwezi kwa Werurwe 2017, ikazifashishwa mu kugenzura abashoferi batwara abagenzi mu mujyi wa Kigali. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’agashami gashinzwe gutwara abantu muri RURA, Emmanuel Asaba Katabarwa, ngo […]

Burundi: Ihuriro CNARED rirwanya ubutegetsi ryatoye umuyobozi mushya

Guhera kuri uyu wa 28 gashyantare 2017 ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi, CNARED, ryabonye umuyobozi mushya ari we Charles Nditije uyobora igice cya UPRONA kitemewe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu. Iyi nkuru dukesha urubuga Ubmnews rwo mu Burundi iravuga ko amatora yabaye kuwa kabiri, itariki 28 Gashyantare 2017 akabera mu gihugu cy’u Bubiligi. Charles […]

Gicumbi: Gahunda yo kugenzurana no kwigiranaho hagati y’imirenge yitezweho kuzanoza imikorere

Gahunda yo kugenzurana no kwigiranaho hagati y’Imirenge igize Akarere ka Gicumbi yitezweho kuzanoza imikorere nk’uko byatangajwe mu nama yo kurebera hamwe ibyavuye muri iyi gahunda yateraniye mu Cyumba cy’inama cy’ako Karere iyoborwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyaruguru, Bwana Jabo Paul, ikaba yaranitabiriwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge n’ab’Utugari bikagize, Abayobozi b’Ibigo Nderabuzima n’Abayobozi b’Ibigo by’Amashuri. Iyi nama ikaba […]

Afrika y’Epfo: Abakobwa bambaye ubusa, intwaro nshya yifashishwa n'amabandi

Polisi yo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye gutangira igikorwa cyo gushakisha ibico by’amabandi akomeje gutwara utw’abandi yifashishije abakobwa bambaye ubusa. Iyi Polisi itangaza ko amabandi yo hirya no hino muri kirya gihugu afite amayeri mashya yo kwifashisha abakobwa bakambara ubusa ku mihanda ngo abantu babarangarire bityo nay o abone uko yiba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Ese Buhari ashobora kwiyongera ku rutonde rw’abaperezida bapfuye bakiri mu mirimo?

Impuha zikomeje kuvugwa hirya no hino ku buzima bwa perezida wa Nigeria, Buhari na perezida wa Algeria Bouteflika zatumye benshi muri Afurika basubiza amaso inyuma bibuka abakuru b’ibihugu bagera ku 10 bapfuye bakiri mu mirimo yabo. 1 . Micheal Sata, wahoze ari perezida wa Zambia Micheal Sata niwe mukuru w’igihugu uherutse kwitaba Imana akiri mu […]

Kayonza: Mu bitaro bya Gahini, ayo bakatwa ntibayishyurirwa

Abakozi b’ibitaro bya Gahini mu karere ka Kayonza, bavuga ko bakatwa amafaranga ku mushahara wa buri kwezi. Ayo ni amafaranga yagenewe ubwiteganyirize muri RSSB no kwishyura imyenda ya buruse mu cyitwaga SFAR, nyamara yose ngo ntatangwa. Ubuyobozi buvuga ko impamvu batishyura ari umwenda wa miliyoni 200 mituweli ifitiye ibyo bitaro. Ibi abakozi babifata nk’akarengane kamaze […]

Ese Uganda ntizongera gutungwa agatoki ko iri inyuma M23?

Kuva mu mwaka wa 2012 ubwo inyeshyamba za M23 zari zarakamajeje zigaba ibitero ku butaka bwa Leta ya Congo, Leta ya Uganda n’iy’u Rwanda zagiye zitungwa agatoki ko ziri inyuma abo barwanyi ariko hakabura gihamya dore ko izi Leta zombi zanagiye zibitera utwatsi. Nyuma yaho izi nyeshyamba zitangarije ko zihagaritse imirwano mu Ugushyingo 2013, nibwo […]

Abafaransa basabye Perezida Obama kwiyamamariza kubayobora

Umuntu utaramenyekana amazina wahimbye paji yitwa “Obama 2017” ku rubuga nkoranyambaga rwa facebook muri uku kwezi gusoje yanditse kuri urwo rukuta asa n’uwikinira asaba ko uwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika Barack Obama yakwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu bufaransa, aho abasaga Miliyoni bamaze kwandika bamusubiza bamugaragariza ko babishyigikiye.   Uyu muntu wanditse ibi […]

Uganda ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 bivuga Icyongereza neza muri Afurika

Ngo imitima y’Abanyanijeriya benshi ngo ishobora gushengurwa na raporo yashyizwe ahagaragara na World Linguistic Society yashyize Uganda ku mwanya wa mbere w’ibihugu bivuga Icyongereza neza mu gihe Nigeria itanagaragara no mu bihugu 10 bya mbere. Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe na World Linguistic Society buvuga, igihugu cya Uganda nicyo kiza ku mwanya wa mbere mu bihugu bivuga […]

RDC: Hamaze kwemezwa itariki umurambo wa Tshisekedi uzagerezwa i Kinshasa

Umurambo w’umunyapolitiki Etienne Tshisekedi uherutse kwitaba Imana aguye mu Bitaro byo mu Bubiligi uuzagezwa I Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo kuwa gatandatu, itariki 11 Werurwe nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuryango we ryashyizweho umukono n’umuvandimwe wa nyakwigendera Musenyeri GĂ©rard Mulumba n’umugore we Marthe Kasalu rivuga. “ Nyuma yo kujya inama mu […]

U Bufaransa: Perezida Hollande yarokotse isasu rikomeretsa babiri

Perezida w’igihugu cy’u Bufaransa yarokotse urupfu ubwo umwe mu bapolisi bari barinze umutekano yarasaga mu buryo butunguranye isasu rigakomeretsa abantu babiri. Dailynews dukesha iyi nkuru kivuga ko uyu mupolisi yarashe mu gihe Perezida Hollande yarimo avuga ijambo mu muhango wo gutaha ku mugaragaro umuhanda wa Gari ya Moshi mu gace ka Villognon ku mugoroba wo […]

Nyamagabe: Abagabo 4 bakurikiranyweho gutuburira umunyeshuri wari ugiye kwiga

Abagabo 4 barimo Harerimana Sylvestre, Nizeyimana Eric, Nkwiro Jean Baptiste na Hakizimana Evariste bo mu karere ka Nyamagabe bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gasaka, mu karere ka bacyekwakurikiranyweho gushuka umwana wajyaga ku ishuri bakamwambura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byemejwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of […]

Ikipe y’igihugu Amavubi yaba yamaze kubona umutoza mushya

Umugabo Antoine Hey w’imyaka 46 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’u Budage niwe wabashije gutsinda ikizamini cyo gutoza ikipe y’igihugu Amavubi nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru jeunafrique. Gusa ku ruhande rwa Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda ho nta kiratangazwa. Biteganyijwe ko mu minsi ya vuba, uwatsinze iri piganwa aba yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gutsinda abandi […]

Zari yifashe ku gahanga yihanangiriza abamutaho igihe bamusebya

Umuherwekazi Zari Hassan Kuva yakwinjira mu rukundo na Diamond, umuhanzi ukomoka muri Tanzania, benshi bagiye bamugarukaho cyane ku mbuga nkoranyambuga bitewe n’uko yashakanye n’uyu musore ataye umugabo we wa mbere van Ssemwanga bari bamaze kubyarana 3. Uyu mugore yashakanye na Diamond amurusha imyaka 10 yose y’amavuko, benshi bakavuga ko uyu musore yarongowe aho kurongora. Abandi […]

Kayonza: Abashinzwe uburezi bahinduye amanota y’ikizamini cy’akazi ubu barafunzwe

Abakozi 2 bashinzwe uburezi mu karere ka Kayonza, batawe muri yombi bakekwaho ibyaha bya ruswa, guhimba no guhindura inyandiko, nk’uko byemezwa n’umuvugizi wa police mu ntara y’iburasirazuba. Abo ngo bahindaguye amanota y’ikizamini cyakozwe n’abasabaga akazi ko kwigisha. Ku mugoroba wo kuwa mbere tariki ya 27 Gashyantare, nibwo Mugabo Namara Charles na Bizimana Francois bombi batawe […]

Amerika: Perezida Trump yikomye Obama kuba ari we wihishe inyuma y’ibiri kumubaho

Nyuma y’iyegura rya hato na hato ry’abayobozi batandukanye ndetse n’abaperezida bo mu bindi bihugu bakomeje kwibasira Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika Donald trump, yatangaje ko ibiri kumubaho byose nta wundi ubyihishe inyuma utari uwahoze ari Perezida we Barack Obama. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Perezida Trump yabitangarije kuri televiziyo ya Fox TV, aho yavuze ko ibiri […]

Tanzania: Leta yisubiye yanga gushyira ku karubanda urutonde rw’abaryamana bahuje igitsina

Leta ya Tanzania yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe cyo gushyira ku karubanda urutonde rw’abantu baryamana n’abo bahuje igitsina bashinjwa kwicururiza kuri internet, isobanura ko gushyira hanze urutonde rwabo byakwangiza ibimenyetso. Minisitiri w’ubuzima wungirije, Dr. Hamisi Kigwangalla, yari yatumije ikiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere cyagombaga gutangarizwamo urwo rutonde nyuma y’aho yari yatangaje ko izabikora mu […]

Rwamagana : Uwiyise Knowless abenshi bakamukekaho gukunda primus yabihakanye

Umusore ubusanzwe witwa Munyaneza Eugene wo muri Rwamagana ariko akaba amaze kumenyekana ku izina rya Knowles, benshi bakeka ko yaba akunda ikinyobwa cya primus bita Knowless nyamara we yemeza ko ari umurokore atanywa inzoga nkuko babikeka akavuga izina rye ryavuye ku muhanzikazi Butera Jeanne d’arc alias Knowless. Kuri ubu biragoye kumenya amazina ya nyayo y’uyu […]

Rwamagana: Abaturage baratabariza abakoze umuhanda bakabasiga mu manegeka

Abaturage batuye mu kagari ka Kagezi, umurenge wa Gahengeri ho mu karere ka Rwamagana ahanyujijwe umuhanda ngo urimo guhangwa, baratangaza ko inzu zabo zenda kubagwaho kubera ko babasize mu manegeka bityo imvura yagwa ikabasanga mu ngo zabo. Umwe agira ati abawubatse ntitubazi uretse kuba baratubwiye ngo munsi y’inzu bazahasiga metero 3 barangiza ntibahasige na santimetero […]

Ibyo waba utazi kuri Gen Salim Saleh wafatwaga nk’impanga ya Gen Fred Rwigema ku rugamba

Gen. Salim Saleh amazina ye nyakuri ni Caleb Akandwanaho, yavutse ku itariki ya 14 Mutarama 1960, ni umujyanama wa mukuru we Perezida Museveni mu bya gisirikare ndetse akanaba Minisitiri wa Leta ushinzwe ibigo by’imari biciriritse (Microfinance). Mbere y’ibyo byose, Gen Salim Saleh ni umusirikare wo ku rwego rwo hejuru mu gisirikare cya Uganda (UPDF), yarwanye […]

Sudani y’Epfo: Abarwanyi bo ku ruhande rwa Riek Machar bongeye kubyutsa umugara

Abarwanyi bo ku ruhande rw’uwahoze ari Visi Perezida wa Sudani y’Epfo, Dr Riek Maschar batangaje nta gikorwa na kimwe kijyanye n’iterambere kigomba gukorwa kidashyizweho umukono na Riek Machar. Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro uvuga ko uri ku ruhande rwa Riek Machar kuri uyu wa 28 Gashyantare 2017, Maj. Dickson Gatluak Jock […]

Belgique: MICT yikanze Kabuga i Waterloo ijya kumushaka iraheba

Urugereko rwasigaye rukurikirana imanza zasigaye zitarangijwe n’urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, mu minsi ishize rwari rwizeye ko rugiye gucakira umunyemari Kabuga Felicien rwatungiwe urutoki ko ashobora kuba yari yitabiriye umuhango wo gushyingura umugore we, ariko ntirwamuca iryera. Amakuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko ku mugoroba wo kuwa gatanu, itariki 10 Gashyantare, inzu y’umuryango wa […]

Guinea: Abaminisitiri batatu birukanwe muri guverinoma

Perezida wa Guinea, Alpha Conde, yirukanye muri guverinoma abaminisitiri batatu nk’uko byatangajwe kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa Mbere. Ni nyuma y’imyigaragambyo y’abarimu iherutse kuba ikanagwamo abantu abandi bagakomereka. Ba minisitiri birukanwe harimo uwari ushinzwe amasomo abanziriza kujya muri kaminuza witwa Ibrahima Kourouma, minisitiri ushinzwe irangamimerere, Sekou Kourouma na minisitiri w’ibidukikije Christine Sagno. Nubwo iteka […]

Suwede: Abakozi bagiye gushyirirwaho akaruhuko ko gutera akabariro mu kazi (Pause Sexe)

Leta ya Suwede yashyize hanze raporo nto igaragaza uburyo abakozi bagiye guhabwa uburenganzira bwo gutera akabariro mu masaha y’akaruhuko mu kazi nk’uko habaho amasaha y’akaruhuko ko kunywa icyayi, kurya n’ibindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gitekerezo cyatanzwe n’umuyobozi w’umwe mu mijyi yo muri kiriya gihugu, Per-Erik Muskos wanaganiriye na BBC akayibwira ko uretse kuba ibi bizafashaabafite akazi […]

Me Bernard Ntaganda yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara

Umunyapolitiki, Me Bernard Ntaganda ukorera mu Rwanda akaba ari perezida w’igice kimwe cy’ishyaka PS Imberakuri cyasigaye nyuma yo gucikamo ibice bibiri, guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Gashyantare yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara ku Cyicaro Gikuru cy’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda asaba ko yasubizwa mu mwuga we. Mu itangazo yashyize ahagaragara Bwiza.com yabashije kubona Me […]

Gambia: Uwari umugaba mukuru w’ingabo yakuweho asimbuzwa undi

Perezida mushya wa Gambia, Adama Barrow, yasimbuje uwari umugaba mukuru w’ingabo, Gen. Ousman Badjie wari kuri uyu mwanya kuva mu 2012, Gen. Massaneh Kinteh. Ibi bikaba bibaye nyuma y’iminsi micye hatawe muri yombi uwari ukuriye inzego z’ubutasi z’iki gihugu, Yankuba Badje na David Colley wari ukuriye urwego rw’amagereza. Abirukanwe mu myanya yabo bavugwaho kuba bari […]

Nta mukobwa wavuga ngo “barandongoye bampa akazi” ACP Mbonyumuvunyi

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya ruswa, ACP Mbonyumuvunyi Jean Nepo avuga ko bitoroshye kumenya uwatanze cyangwa uwasabye ruswa y’igitsina kuko bikorerwa mu rwihisho kandi babyumvikanyeho. Avuga kandi ko abahanye bene iyi ruswa babigira ibanga rikomeye biyo bikaba bigoye kubona ibimenyetso kuri iki kibazo.   Iki kibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina ni […]

Gasabo: Abaturage batangiye kwiyubakira sitasiyo ya Polisi

Mu muganda rusange w’ukwezi wabaye muri iki cyumweru gishize ku italiki 25 Gashyantare, abaturage bagera ku 2000 bo mu tugari twa Gacuriro na Kagugu mu karere ka Gasabo, batangije ku mugaragaro igikorwa cyo kubaka inyubako nshya ya sitasiyo ya Polisi imbere y’ahazanzwe indi. Iki gikorwa cyitabiriwe n’umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushinzwe ubukungu, Mberabahizi Raymond […]

Bugesera: Ikiyobyabwenge cyiswe “36 oiseaux”kitaranduwe cyagarika ingogo

Mu kiganiro Polisi yagiranye n’urubyiruko rw’abasukuti mu karere ka Nyarugenge ku bibi by’ibiyobyabwenge, abasukuti bahishuriye Polisi ikindi kiyobyabwenge cyiswe 36 oiseaux (inyoni 36). Iki kiganiro cyabaye ku wa Gatandatu tariki 25 Gashyantare 2017, ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe abasukuti mu rwego rw’akarere ka Nyarugenge, kibera mu murenge wa Nyamirambo. Uwari uhagarariye Polisi, Supertendant Irere Rene, wo […]

Ese koko urukundo nta ho ruhurira n’amafaranga?

Abantu benshi bakunze kwibaza itandukaniro hagati y’urukundo nyarwo n’amafaranga ariko iyo ushishoje neza usanga itandukaniro ya byo ari rito kurusha icyo bihuriyeho. Aha nta wakwirengagiza uruhare umutima w’umuntu ubwawo ugira mu gutuma abantu bakundana ariko n’amafaranga agira uruhare runini mu huguza abantu ndetse bakaba inshuti magara. Gusa ikibazo kivukamo ni kimwe, imikoreshereze y’ayo mafaranga mu […]

Perezida wa FIFA yunamiye inzirakarengane za Jenoside anabonana na Perezida Kagame

Guhera ku wa Gatandatu tariki ya 25 Gashyantare 2017, Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), Bwana Gianni Infantino, yari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Mbere yo gusoza uruzinduko kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2017, nibwo yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherere ku Gisozi yunamira inzirakarengane z’Abatutsi zazize Jenoside. Urwibutso rwa Jenoside […]

Ese koko imiti iboneza urubyaro yaba igira ingaruka ku bagore?

Hirya no hino ku isi by’umwihariko mu Rwanda hariho gahunda zimaze imyaka itari micye zo kuringaniza urubyaro mu rwego rwo kubyara abo umuntu abashije kurera. Nyamara kugeza ubu, haracyari bamwe mu baturage bafite imyumvire n’imyumvire ko ibi bishobora kubagiraho ingaruka bityo bikaba byatuma hari abatitabira iyi gahunda cyangwa bikabatera kuyikoresha nabi uko bidakwiye. Bamwe mu […]

Col Gaspard Baratuza yagize icyo avuga ku nzara yavugwaga mu gisirikare cy’u Burundi

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Gaspard Baratuza ubwo yagira icyo avuga ku nzara byavugwaga ko ivuza ubuhuha mu gisirikare abereye umuvugizi, yahise abihakana yivuye inyuma. Byatangazwaga ko abasirikare bamara kabiri batabona ibyo kurya n’igihe babihawe bagahabwa bike ndetse ko bizabaviramo guhagarika akazi kabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ahakana aya makuru, Col Baratuza avuga ko atumva ukuntu bimenywa […]

Uwo Perezida Trump yari yagize umunyamabanga w’igisirikare kirwanira mu mazi yeguye

Philip Bilden yeguye ataratangira imirimo aherutse gushyirwaho na Perezida Donald Trump wa leta zunze ubumwe za Amerika. Yanze akazi ku bw’impamvu ze bwite ndetse ko yasanze atagakora bitewe n’amategeko agenga umuntu ku giti cye ndetse n’ay’igihugu. Bwana Bilden yari yashyizweho na Trump, amugira umunyamabanga w’ishami rya gisirikare rirwanira mu mazi “Navy”. Avuga ko yasanze bishobora […]

Mu masaha macye, umwe muri 3 bahatanira gutoza Amavubi aramenyekana

Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Gushyantare 2017, nibwo hateganyijwe ipiganwa rya nyuma ku bakandida 3 bahatanira gutoza ikipe y’igihugu Amavubi nyuma y’ibizamini by’ijonjora ryakozwe mu minsi yashize ryari ryitabiriwe n’abanyamahanga basaga 50. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe ku rubuga rwa Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru FERWAFA, aba banyamahanga 3 barimo Antoine Hey wo mu gihugu […]

Papa Francis ariyama inkorashyano z’ibirumirahabiri

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi ntiyemeranya n’abitwikira umurimo w’imana bagakora amarorerwa. Ntiyumva abiyita ko bakorera ijuru nyamara ubuzima bwabo ntaho butaniye n’ubw’ab’isi. « Barutwa n’abahakanyi » Ibi Papa Francis yabivugiye mu gitambo cya misa cyo kuwa kane tariki 23, i Santa Martha. Yanenze bamwe mu bakirisitu gatolika bitwara nk’ibirumirahabiri, b’indyarya. Ati « barutwa n’abataramenye […]

Urutonde rw’ibibuga by’indege mpuzamahanga 10 bibi muri Afurika

Nyuma gato y’uko hagaragaye urutonde rw’ibibuga by’indege byiza ku mugabane w’Afurika ndetse ikibuga cy’indege cya Kanombe kikaza ku mwanya wa 2, hari n’urundi rutonde rw’ibibuga by’indege mpuzamahanga bibi muri Afurika, haba mu miterere no mu buryo byubatse. Muri ibi bibuga by’indege harimo ibishaje byubatswe kera bikaba byaratinze kuvugururwa bityo bikagaragara nabi ndetse no kuba ari […]

Hanenzwe ibihugu bikomeje gukingira ikibaba M23

Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira amahoro, demukarasi n’ uburenganzira bwa muntu (CEPADHO), wagarutse cyane ku mutekano wa Congo ukomeje kunyegwanyezwa n’imitwe y’inyeshyamba idashira kuri ubwo butaka, ukaba waragarutse cyane kuri M23 ubu ikomeje kugaba ibitero ndetse n’abakomeje kuyitiza umurindi. Ibi uyu muryango wabitangarije mu nama yahuzaga Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bihuriye mu muryango […]

Amwe mu makuru y’ingenzi ya Polisi yaranze icyumweru gishize

Kuva ku italiki ya 20 kugeza kuri 26 Gashyantare, polisi y’u Rwanda yatangaje amakuru atandukanye yiganjemo agamije gukangurira abaturarwanda kwirinda ibyaha no kugira uruhare mu kubikumira, hagamijwe gukomeza kubungabunga no gusigasira umutekano wabo n’ibyabo. Binyuze muri aya makuru rero, hatanzwe amakuru ku bikorwa bitandukanye bya Polisi y’u Rwanda byibanze hirya no hino mu gihugu, ku […]

Loni ihangayikishijwe na Perezida Nkurunziza ushaka kuziyamamaza mu 2020

Antonio Guterres, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, yagarutse kuri manda ya 4 ya perezida Nkurunziza ngo ishobora kuzabyara ibyago bikomeye ku gihugu cy’u Burundi muri 2020. Mu cyegeranyo cya Loni, Antonio Guterres yatangaje ko bafite impungenge bitewe n’amagambo Nkurunziza aherutse gutangaza agaragaza ko afite gahunda yo gushaka kwiziyamamaza muri 2020, habanjwe guhindura itegeko Nshinga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Man. U yegukanye igikombe cya EFL Cup, Southampton itaha yimyiza imoso

Ikipe ya Manchester itahukanye igikombe mu mukino usoza irushanwa ryo mu Bwongereza rya EFL Cup aho yatsinze ikipe ya Southampton ibitego 3 kuri 2. Iyi kipe ikomeje kwandika amateka yo gutwara ibikombe muri iri rushanwa, ubu akaba ari ku nshuro yayo ya 5 itwaye iki gikombe. Igice cya mbere cyarangiye ari ibitego 2 bya Man […]

Perezida Trump ngo ntazitabira umuhango wo gusangira n’abanyamakuru

Nk’uko bisanzwe buri mwaka, muri leta zunze ubumwe z’Amerika haba umuhango udasanzwe aho Perezida uriho ahura n’abanyamakurru bagasangira bagatebya ndetse muri uwo muhango Perezida uriha akanavugiramo ijambo risa n’irisetsa agamije kongera umubano n’itaangazamakuru. Perezida Trump yatangaje ko atazigera yitabira uwo muhango ndetse ko nta n’umubano wihariye ashaka kugirana n’itangazamakuru kubera ibyo arishinja byop gutangaza amakuru […]

Abapolisi 2 bafashwe basambanira mu modoka y’akazi

Abapolisi 2 batawe muri yombi bari mu bikorwa byo gushimishanya mu modoka ubwo bari mu kazi mu gikorwa cyo gucunga umutekano wo mu muhanda mu mujyi wa Rosario mu gihugu cya Argentina. Aba bapolisi batawe muri yombi ubwo telefone y’akazi yabahamagaraga bagatinda kuyifata kugeza ubwo babasanze aho bari bari bagasanga bambaye ubusa. Umuvugizi wa Polisi […]

Ubuyobozi bwa Polisi burashimira abapolisi b'inyangamugayo bitandukanya na ruswa

Ubu ni ubutumwa umuvugizi wa Police, ACP Theos Badege yatanze kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2017, ubwo herekanwaga abantu 30 bakurikiranweho ibyaha bifitanye isano na ruswa. Abo 30, batawe muri yombi bagerageza guha ruswa abapolisi, nyamara bababera ibamba, bahitamo kubatanga bitandukanya na sekibi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni urugamba rukomeye Police yiyemeje rwo kurandura ruswa […]

Irak: Havumbuwe icyobo rusange Islamic State yashyinguyemo abantu 4,000

Mu butayu bwa Khasfa Sinkhole bwo muri Irak havumbuwe icyobo rusange cyarunzwemo imirambo igera ku 4,000 y’abantu bishwe n’umutwe wa Islamic state bikaba byagize aha hantu aha mbere hashyinguwe abantu benshi icyarimwe muri iki gihugu nk’uko byatangajwe na The Telegraph. Aha hantu haherereye hafi y’umuhanda munini ugana mu mujyi wa Mosul mu birometero nk’umunani uvuye […]

(Amafoto) Umugore yatwitse agatimba yihimura ku mugabo we asigara yambaye ubusa

Umugore witwa Katlynn McKee w’imyaka 25 y’amavuko yagaragaje umujinya udasanzwe mu byo yakoraga nk’imikino byo kwihimura ku mugabo we bari baherutse gusezerana kuzabana akaramata. Uyu mugore ukomoka muri leta ya Illinoi muri Amerika, wakwirakwiriye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga akanamenyekana nk’ukoze ibintu bidasanzwe, byo kwhimura ku mugabo we bari bamaranye imyaka igera ku 10 […]

Polisi y’Igihugu yagaragaje abantu 30 yafatiye mu byaha bifitanye isano na ruswa

Kuri iki Cyumweru, itariki 26 Gashyantare 2017 Polisi y’Igihugu yerekanye abantu 30 batawe muri yombi bakekwaho kugerageza guha abapolisi ngo babafashe kubona serivisi batemerewe. Mu bantu bafashwe harimo abashoferi b’imodoka bafatirwaga mu makosa anyuranye yo mu muhanda bagashaka guha ruswa abapolisi bo mu muhanda ngo babarekure, ariko aho kuyakira bagahita babata muri yombi. Mu bafashwe […]

Bamwe mu bahesha b’inkiko mu Rwanda barashinjwa kwica amabwiriza agenga umwuga

Minisiteri y’ubutabera mu Rwanda ishinja bamwe mu bahesha b’inkiko gukora ibihabanye n’indangagaciro ndetse n’amahame y’umwuga bakora ahubwo bagakora ibyo yita ko biyihesha isura mbi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bitangajwe mu gihe bigaragara ko hari bamwe mu bakora bene uyu mwuga bashinjwa n’abaturage gushyira mu bikorwa ibyemezo by’urukiko mu buryo bita ko bubangamira uburenganzira bwabo nko mu […]

Uganda: Besigye yasabye abayoboke be kutizera 100% ko yarusha Museveni kuyobora neza

Col Dr Kiiza Besigye, umunyapolitiki umaze igihe urwanya ubutegetsi bwa perezida Museveni ariko rimwe na rimwe akajya anyuzamo agatera abantu urujijo, kuri ubu yabwiye abayoboke be ko batagomba kwizera 100% ko ashobora kurusha Museveni kuyobora neza. Besigye yavuze ko abantu batagomba gutorerwa imyanya y’ubuyobozi kubw’ibyo basezeranyije, ahubwo ko hagomba no kubaho uburyo buzabahatira kunamba ku […]

Ibaruwa ifunze E. Tshisekedi yasize yandikiye Perezida Kabila ishobora guteza ibibazo

Abanyamadini muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo batangaje ko mbere y’uko nyakwigendera Etienne Tshisekedi apfa yasize yandikiye ibaruwa Perezida Joseph Kabila ariko kugeza ubu hakaba hari impungenge ko atarayishyikirizwa. Mu nama y’abahagarariye amadini n’abandi bashinzwe akanama ko kugarura amahoro muri kiriya gihugu yabaye kuwa gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2017, bagarutse ku makuru avuga ko […]

Igipolisi cyo mu Budage cyarashe umuntu wari umaze kugonga abantu

Igipolisi cyo mu mujyi wa wa Heidelberg mu gihugu cy’u Budage cyarashe gikomeretsa umuntu wagonze abantu batatu akoresheje imodoka yari atwaye. Uwo mugabo w’Umudage w’imyaka 35 yagonze abo bantu bari bahagaze mu rubuga ruhuriramo abantu benshi, igipolisi kikanavuga ko uwo mugabo yari yitwaje icyuma. Nubwo hataramenyekana impamvu yateye uyu mugabo gukora ibyo yakoze, igipolisi ntikirahamya […]

Abapolisi b’u Rwanda bari muri Centrafrica bifatanyije n’abaturage baho mu muganda

Mu gihe abanyarwanda bose kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gashyantare bazindukiye mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi, n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica, bifatanyije n’abaturage b’icyo gihugu mu muganda. Uyu muganda wabereye mu murwa mukuru w’iki gihugu Bangui, mu gace kitwa M’poko kari mu karere ka 8 (8 eme arrondissement), abapolisi b’u […]

Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe

Igihugu cya Uganda ni kimwe mu bihugu byakuwe kure, bibona Demokarasi nyuma y’urugamba rutoroshye rwari ruyobowe na Perezida Museveni wari utewe ingabo mu bitugu n’abasirikare b’urugamba barimo n’abana b’u Rwanda. Muri aba bana b’igihugu Museveni yifashishije kugirango avane igihugu mu manga, harimo abagiye bamwiyomoraho nyuma yaho afashe igihugu wasubiza amaso inyuma ugasanga yari yarabafashe nk’abavandimwe […]

Perezida Kagame yasabye abayobozi bari mu Umwiherero kuzarasa ku ntego ndetse bakongera kwisuzuma

Ubwo yatangizaga Umwiherero w’abayobozi ku nshuro ya 14 kuri uyu wa Gatandatu, itariki 25 Gashyantare, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yabwiye abayobozi ko amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo asobanuye ko Abanyarwanda badashobora kunyura mu nzira imwe n’abandi ahubwo bagomba kwiyumvisha ko ibyo baba bagomba gukora biba byihutirwa. Yabasabye kongera ingufu mu byo bakora kandi abibutsa […]