Rwamagana: Abana bataye ishuri barasaba kurisubizwamo
Abana bataye ishuri bo mu Kagari ka Sibagire mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana baratakambira ubuyobozi basaba ko basubizwa mu ishuri. Aba bana bemeza ko bavuye mu ishuri babitewe n’ubushobozi buke no kutitabwaho mu miryango. Kuba abandi bamaze igihe batangiye igihembwe ntibibaca intege, bemeza ko bakwiga nubwo bajyayo bakererewe.Umwe muribo, Umwizerwa Nadia avuga […]
Abanyarwanda bahungiye muri Congo bongeye gutahuka ku bushake ku bwinshi
Guhera kuwa 20 Gashyantare impunzi z’Abanyarwanda zahungiye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zongeye gutahuka ku bushake ku bwinshi, aho itsinda rya mbere muri uyu mwaka rigizwe n’abantu bagera ku 100 ryinjiye mu Rwanda rinyuze ku mupaka uzwi nka Grande barriere i Goma nk’uko byemezwa n’itangazo ryashyizwe ahagaragara na HCR. Ibikorwa byo gutahuka bitegurwa n’Ishami […]
Agathon Rwasa uvuga ko yapangiwe kwicwa, abayoboke be 9 bafunzwe
Agathon Rwasa, umuyobozi wa FNL akanaba na visi perezida w’Inteko ishinga amategeko i Burundi, muri iyi minsi nibwo yatangaje ko yamenyeko hari agakino yapangiwe ko kwicwa. Ubu n’abayoboke b’iri shyaka rye bakaba batawe muri yombi barafungwa. Abo bayoboke ba Agathon Rwasa bose uko ari icyenda bafungiye muri gereza iherereye muri kimini ya Ngozi, bose bafashwe […]
M23 yakozanyijeho na FARDC hicwa umusirikare 1
Ingabo za leta ya Congo (FARDC) zatangaje ko imirwano yazihuje n’inyeshyamba za M23, hishwemo umusirikare umwe ku ruhande rwa M23 hanafatwa mpiri undi umwe. Iyo mirwano yabaye ku wa 20 Gashyantare muri village ya Tamugenge na Matebe muri teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru agera kuri Radio Okapi, aturutse mu kigo gishinzwe ubutasi, ni […]
Uganda yashyikirije u Rwanda Abanyarwanda babiri bari barahunze ubutabera
Polisi y’u Rwanda yashyikirijwe abagabo babiri bari barahungiye muri Uganda nyuma yo gutoroka gereza, ikaba yarabakiriye ku italiki ya 21 Gashyantare ku mupaka wa Gatuna. Abagaruwe ni Ndimubanzi Boniface w’imyaka 58 y’amavuko, wahamwe n’ibyaha bya jenoside ndetse na Ndikuryayo Valence w’imyaka 31, wahamwe n’icyaha cyo guhimba no gukoresha ibyangombwa by’ubutaha, bakaba baherutse gufatirwa na Polisi […]
Kigali: Impuguke zo mu karere ziri kwigira hamwe uburyo bwo guhashya iterabwoba
Impuguke mu kurwanya iterabwoba zaturutse muri Polisi zo mu karere ndetse no mu miryango mpuzamahanga ziri mu nama y’iminsi ibiri ibera I Kigali igamije gufatira hamwe ingamba zo gukoma imbere ibihungabanya umutekano muri iki gihe. Iyi nama yari yahuje nibura ibihugu icumi byo mu muryango uhuriweho n’abayobozi ba Polisi zo muri Afurika y’Iburasirazuba(EAPCCO) ndetse n’abahagarariye […]
Libiya: Imirambo 74 y’abimukira b’abanyafurika yatoraguwe mu mazi
Imirambo y’abanyafurika 74 yarobwe n’abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi mu gihugu cya Libya kuri uyu wa 21 Gashyantare 2017, iyi mirambo ikaba yakuwe mu nyanja ya Mediterane ahana imbibe na Libiya. Umuvugizi w’umuryango utabara imbabare uzwi nka croix Rouge, Mohammed al-Misrati yavuze ko mu gitondo cyo ku munsi w’ejo tariki ya 20 Gashyantare ubwato bwari bupakiye abimukira […]
Sena y’u Rwanda isanga inguzanyo ya Buruse ihabwa abanyeshuri atagihagije
Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena itangaza ko bitewe n’uko ibiciro bihagaze ku isoko ndetse n’aho iterambere rigeze, amafaranga angana n’ibihumbi 25 y’inguzanyo ya buruse ihabwa abanyeshuri bo muri za Kaminuza atagihagije. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe na Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’abaturage muri Sena ubwo yagezaga ku Nteko Rusange […]
Zari yagaragaye arinzwe n’umusore usanzwe arinda Diamond- REBA AMAFOTO
Zari Hassan umugore wa Diamond yagaragaye mu mujyi wa Tanzania aherekejwe n’umusore usanzwe arinda umutekano wa Diamond aho yagiye hose (Bodyguard), ibi byatangaje benshi bitewe n’uko uyu musore atajyaga ava iruhande rwa sebuja. Ibinyamakuru byo muri Tanzania bitangaza ko uyu musore amaranye igihe kirekire na Diamond, nubwo amukoresha ko bishoboka ko banabaye inshuti magara. Bitangazwa […]
Amakuru y'aho umuyobozi wa M23 Gen. Sultani Makenga aherereye yamenyekanye
Nyuma y’iminsi itari micye bitangajwe ko umuyobozi w’inyeshyamba za M23 aburiwe irengero, habonetse amakuru agaragaza ikirari cy’aho yaba aherereye we na zimwe mu ngabo ze. Mu kwezi gushize, nibwo igisirikare cya Uganda cyatangaje ko Gen. Makenga atakiri aho yari asanzwe aba muri kiriya gihugu, ndetse nyuma abandi benshi mu barwanyi be baza no gutoroka inkambi […]
Ibihugu 10 biyoboye isi mu gukora ibitwaro bya rutura kugeza ubu
Ni muri za raporo nyinshi usanga imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu isaba ko ibihugu bikoresha ibitwaro bya kirimbuzi bihagarara. Nyamara kugeza ubu, ibihugu byinshi bimenyereye gukura agatubutse muri iyi mishinga yo gukora no gucuruza ibitwaro bya rutura ntibikozwa ingingo zo kubihagarika. Mu mwaka wa 2013-2015, byagaragaye ko isoko ry’ibihugu bikora ibitwaro bya kirimbuzi ryazamutseho 10% bigaragaza […]
Theo Walcott yatsinze igitego cy’ 100 muri Arsenal
Theo Walcott, umusore w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba akinira Arsenal, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere Tariki ya 20 Gashyantare 2017, nibwo yabashije kwese umuhigo atsinda igitego cye cy’ijana (100) mu ikipe ya Arsenal. Yesheje umuhigo ubwo Arsenal yanyagiraga ibitego 2-0 Sutton United, igitego yatsinze ku munota wa 55 w’umukino, uyu […]
Umugabo w’imyaka 98 yasezeranye n’umugore we w’imyaka 88- AMAFOTO
Willy Kinyua, umusaza w’imyaka 98 yasezeranye n’umugore we Joyce Nyambura w’imyaka 88 y’amavuko, basezeranye imbere y’Imana bari bamaranye imyaka isaga 60 babana nk’umugabo n’umugore. Aba bakunzi bombi bakomoka mu gace ka Nakuru muri Kenya, ubukwe bwabo bwakoze ku mitima abatagira ingano dore ko mu myaka yabo batajyaga baha agaciro ibyo gusezerana, ubu bakaba banze kuzatandukana […]
Umutekano ni ishingiro ry’iterambere rirambye, buri muntu akwiye kuba ijisho rya mugenzi we- ACP Karasi
Mu rwego rwo gusabana n’abaturage ndetse no kubakangurira gukomeza gufatanya na Polisi gukumira no kwirinda ibyaha hagamijwe kwicungira umutekano, abaturage bagera ku 1000 bo mu murenge wa Nyange, mu karere ka Ngororero bakanguriwe gufatanya na Polisi mu bikorwa byayo no gukomera ku muco wo kwirinda no gukumira ibyaha. Ibi babikanguriwe ku itariki ya 19 Gashyantare, […]
Uganda: Perezida Museveni na Dr Kizza Besigye bemeranyijwe kugirana ibiganiro
Nyuma y’imyaka isaga 18 y’ubutegetsi bwa Perezida Museveni wa Uganda atarebana neza na Dr Kizza Bessigye batavuga rumwe, kuri ubu ngo baba bamaze kwemeza ibiganiro hagati yabo byo kurebera hamwe uko bazamura igihugu cyabo mu bijyanye na Politiki. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri kiriya gihugu kivuga ko Dr Kizza Besigye uhagarariye ishyaka ritavuga […]
Abanyapolitiki 3 b’Abarundi bari barahunze batahutse- AMAFOTO
Abanyapolitiki 3 b’Abarundi bari baravuye mu gihugu bahunze, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Gashyantare 2017, bagarutse mu gihugu. Abo banyapolitiki ni Alice Nzomukunda, Mathias Basabose hamwe na Joseph Ntidendereza. Aba batahutse nyuma y’iminsi mike na Sylvestre Ntibantunganya, wigeze kuyobora u Burundi nawe atashye. Alice Nzomukunda, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ku kibuga […]
U Rwanda rushobora kungukira ku bushakashatsi buzatwara akayabo ku bidukikije muri Afurika.
Miliyari zisaga 152 z’amafaranga y’u Rwanda agiye guharirwa ubushakashatsi ku mugabane w’Afurika aho ubu bushakashatsi buzagaragaza ingamba mu bibazo byo ku mugabane no kubungabunga ibidukikije nta ngaruka bigize ku baturage. Aya mafaranga yatanzwe n’ibihugu by’ubumwe bw’u Burayi binyuze muri Komsiyo y’ubumwe bw’Afurika, akaba azahabwa abashakashatsi bazagaragaza ingamba zikomeye zishobora kwifashishwa mu guhangana n’ibibazo biterwa n’imihindagurikire […]
Kigali: Imodoka zitwara abagenzi ntabwo zizongera guca imbere ya perezidansi ku Kacyiru
Bikubiye mu itangazo ryashizweho umukono n’umujyi wa Kigali ko rireba abagenzi bakoresha imodoka za rusange ziva cyangwa zigana mu muhanda KG 7Ave. Ibindi bikubiye muri iri tangazo: Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Umugore wa Visi Perezida w’Ubuhinde yavuze ko hari byinshi byo kwigira ku kigo Isange- AMAFOTO
Madamu Salma Ansari akaba n’umugore wa Visi Perezida w’igihugu cy’Ubuhinde , yashimye uburyo bwakoreshejwe n’u Rwanda mu gushyiraho ibigo bya Isange One Stop Centre muri gahunda yo gufasha abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana. Yabivuze ubwo yasuraga iki kigo kiri ku bitaro by’akarere biri ku Kacyiru kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Gashyantare […]
Leta ya Congo yanze gukora iperereza rya video y’ubwicanyi bushinjwa abasirikare bayo
Nyuma yaho hashyiriwe Video ku mbuga nkoranyambaga abasirikare biswe aba Congo barasa urufaya mu baturage, kuri ubu Leta ya Congo ivuga ko nta perereza izakora, ikavuga ko iyo Video ntaho ihuriye n’ukuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverinoma ya Congo na Monusco bari batangaje ko bagiye gukora iperereza kuri ayo mashusho ngo harebwe niba koko ari ay’umwimerere ndetse […]
Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano, ese banyaza bate (igice cya 4)
Mu bice bitatu byatambutse ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina byatumye benshi batwandikira batubwira ko bafite ingo, bafite abagore babo beza kandi bakunda, bakora imibonano ariko ntibabasha kubageza kuri ibi byishimo ngo bazane ayo mavangingo ari nayo mpamvu bagiye babaza iki kibazo. Bati: “Ese banyaza umugore bate mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina”. Mbere na mbere […]
Ingabire Victoire yagizwe Minisitiri muri Leta nshya yashinzwe na Nahimana Thomas
Padiri Nahimana Thomas umaze guhusha amahirwe inshuro ebyiri yo kwinjira mu Rwanda kwiyamamaza mu matora azaba muri Kanama uyu mwaka, ubu yashinze Guverinoma ikorera mu buhunzi, Ingabire Victoire ufungiye mu Rwanda amugira Minisitiri. Iyi Guverinoma nshya ihagarariwe na Nahimana nka Perezida, igizwe n’abaminisitiri 14 barimo na Ingabire wakatiwe igifungo cy’imyaka 15 ku wa 13 Ukuboza […]
U Rwanda n’u Buhinde byasinyanye amasezerano y'ubufatanye mu by’indege no gukuraho visa
Ibihugu by’u Rwanda n’u Buhinde byiyemeje kurushaho gukaza umubano ushingiye ku buhahirane n’ubutwererane mu nzego zitandukanye, aho kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Gashyantare mu rwego rw’uruzinduko Visi Perezida w’u Buhinde arimo mu Rwanda bishyira umukono ku masezerano agera kuri 3 y’ubufatanye yiyongera ku yandi ibihugu byombi byari bisanzwe bifitanye. Visi perezida w’u Buhinde, Hamid […]
Agathon Rwasa yihebye, yamenye ko yapangiwe kwicwa
Umunyapolitiki Agathon Rwasa utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi akaba na Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, aravuga ko hari umugambi wo kumwigizayo ngo ntaziyamamaze mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu 2020. Agathon Rwasa mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’ikinyamakuru Iwacu cyo mu Burundi, yavuze ko hari imishinga igamije kumuhindanya ku mpamvu za politiki kandi ngo […]
Rubaya: Kanyanga n’urugomo, inkoni irarisha
Mu murenge wa Rubaya mu karere ka Gicumbi, nta cyumweru cyashira hatavuzwe ibikorwa by’urugomo, rurangwa n’inkoni ku mpande zose. Gitifu akubita abaturage, abagabo bagakubita abagore, abarembetsi bagakubita irondo, nabo bagashyikirizwa inzego z’umutekano. Kuva uyu mwaka wa 2017 watangira, ibikorwa binyuranye by’urugomo muri uyu murenge byakunzwe kuvugwa mu itangazamakuru. Ahitwa Rusambya, hari umugore wamugajwe n’umugabo. Ahorana […]
Video igaragaza ingabo za Congo zica abaturage yashyizwe ku karubanda
Mu gihe hashize icyumweru ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Congo (MONUSCO) butangaje ko bukeka ko ingabo za leta (FARDC) zaba zikoresha imbaraga z’umurengera mu yahoze ari Intara ya Kasai, video yashyizwe ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga igaragaza imikorere y’ingabo za Congo ishobora guteza ibindi bibazo, aho hagaragaramo ingabo za leta ya Congo zirasa ku baturage baririmbaga bambaye […]
Visi Perezida w’u Buhinde yunamiye inzirakarengane zishyinguye ku Gisozi (Amafoto)
Kuri uyu wa 20 Gashyantare 2017, Visi Perezidaw’u Buhinde Shri M Hamid Ansari yasuye urwibutso rwa Gisozi rushyinguwemo imibiri y’abazize jenoside yo muri Mata 1994, aho yabashije kwibonera amwe mu mateka yaranze u Rwanda mu bihe byashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa yatanze, uyu muyobozi yasabye abanyarwanda gukomeza kurangwa n’imbaraga mu kubaka igihugu binyuze mu bumwe […]
Byinshi utari uzi ku ntambara y’iminsi 6 yahanganishije Israel n’Abarabu mu 1967 (Igice cya 2)
Ikaze na none mu nkuru z’uruhererekane zivuga ku mateka y’intambara na za operasiyo za gisirikare zagiye zandika amateka atandukanye muri iyi si ya Rurema. Nkuko twabijeje ko tuzabazanira igice cya 2 cy’Intambara yitiriwe iminsi 6 yahuje Abarabu n’Igihugu cya Israel mu 1967 dore rero icyo gice ngiki cyahasesekaye! Aba Swahili baca umugani bati “Ahadi ni […]
Papa Francis yasabye Kongo kurangiza vuba ibibazo by’ubwicanyi bivugwayo
Kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare 2017, umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi Papa Francis yasabye abayobozi bakuru muri repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ko bakora ibishoboka bagahagarika imirwano iri guhitana ubuzima bwa benshi guhera mu mwaka washize wa 2016. Papa Francis yagize ati”maze igihe numva ubugizi bwa nabi bukorerwa mu gace ka Kasai […]
Uganda: Umunyamabanga mukuru wungirije wa NRM yirashe
Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’ishyaka NRM riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda, Richard Todwong yakomerekejwe n’isasu mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu ushize mu mujyi wa Gulu. Amakuru akaba avuga ko uyu yari yagiye muri uyu mujyi kureba umugore we wari wabyaye nk’uko inzego z’umutekano zabitangaje. Uyu muyobozi mu ishyaka NRM bivugwa ko yahise […]
Iyo leta muvuga ejo nimutsinda amatora nimwe muzayiyobora muzakoresha amafaranga mukuye he? — Hon. Bazatoha
Kuri iki Cyumweru, itariki 19 Gashyantare, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rusororo habereye kongere y’Ishyaka Riharanira Demokarasi ishingiye ku Mibereho Myiza y’Abaturage, PSD, aho abayoboke b’ishyaka bahawe umwanya wo gutanga ibitekerezo bizazamurwa bikajya gusuzumirwa muri kongere y’ishyaka ku rwego rw’igihugu iteganyijwe muri Kamena, biteganyijwe ko izanatangarizwamo umukandida uzahagararira ishyaka mu matora y’umukuru w’igihugu […]
Nyamweru zikomeje kwicwa agashinyaguro hirya no hino muri Afurika
Hirya no hino muri Afurika hakomeje kuvugwa ikibazo cy’abafite ubumuga bw’uruhu bazwi nka Nyamweru, aho usanga bakoreshwa mu bikorwa by’ubuvuzi, abarozi n’abandi bashaka inyungu zabo bwite babona bariya bantu nk’imari ishyushye. Mu gihugu cya Malawi, haravugwa amakuru adasanzwe y’iyicarubozo rikomeje gukorerwa za nyamweru, aho usanga bazikuramo amaso, kuzica amaguru n’amaboko, imitwe ndetse n’ibindi bice bitandukanye […]
Moto yibwe mu Karere ka Bugesera yafatiwe muri Gakenke
Moto yo mu bwoko bwa TVS yibwe mu Karere ka Bugesera mu cyumweru gishize yafatanywe uwitwa Nshimiyimana Jean Bosco; uyu mugabo ucyekwaho kuyiba akaba yarafatiwe mu murenge wa Muhondo, ho mu karere ka Gakenke ku itariki 18 z’uku Kwezi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innnocent Gasasira yavuze ko […]
Mkapa yitabaje abanyepolitiki bo mu karere u Burundi buherereyemo ku bibazo biriyo
Uwahoze ari Perezida wa leta ya Tanzania Benjamin Mkapa yatangaje ko ashaka inama yihutirwa y’abakuru b’ibihugu byo mu karere u Burundi buherereyemo kugira ngo bamufashe gufatira umwanzuro ibibazo bimwe na bimwe byo mu gihugu cy’u Burundi bisa n’ibyananiranye nk’umwunzi w’impande 2 zitavuga rumwe zirimo urushyigikiye Perezida Nkurunziza ndetse n’abatamushyigikiye. Ibi yabitangaje nyuma y’iminsi igera kuri […]
Visi Perezida w’u Buhinde yasesekaye mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi 3
Visi Perezida w’igihgu cy’u Buuhinde Shri M Hamid Ansari n’umufasha we Smt. Salma Ansari bakiriwe na Perezida wa Senat y’u Rwanda Hon Bernard Makuza ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare 2017 mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda. Aba bayobozi b’u Buhinde baje mu Rwanda muri gahunda yo kunoza umubano n’u Rwanda, […]
Perezida Museveni yasabwe kujya atanga icyacumi mu rusengero
Idini yo mu gihugu cya Uganda riherutse gusaba Perezida Museveni ko agomba kujya atanga amafaranga angana na 10% by’ingengo y’imari y’igihugu y’umwaka wose akayazana mu rusengero mu rwego rwo kwerekana uruhare rwe mu gukora umurimo w’Imana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Perezida Museveni yabisabwe n’umwe mu bapasiteri bo muri kiriya gihugu mu cyumweru dusoza, Robert Kayanja wo […]
Diane, umukobwa ushaka umukunzi
Ndashaka umukunzi umusore uzi urukundo icyo aricyo ufite akazi waragije kaminuz afite masters byaba akarusho; muremure nka m2 cg 1.90 ndumunyeshuri murikaminuza. call me on 0780267934. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Umugore yafashwe asambanya uruhinja rw’amezi 3
Jazmine Nichole Pacyga, umugore w’imyaka 19 y’amavuko akurikiranwe n’urukiko rwo muri Leta ya Michigana imwe mu zigize Leta zunze ubumwe za Amerika nyuma yo gufatwa asambanya umwana we w’umuhungu wari ufite amezi 3. Uyu mugore yafashwe arimo konka igitsina cy’urwo ruhinja rwe, bifatwa nk’ubusambanyi bukorewe mu kanwa. Yafashwe n’ubundi yari yarigeze kwamburwa uburenganzira ubwo yafungirwaga […]
Abatoza 3 bahatanira gutoza ikipe y'igihugu Amavubi batumiwe mu kizamini gisoza
Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda yamaze gutangaza abakandida 3 babashije gutsinda ikizamini cyo guhatanira umwanya wo gutoza ikipe y’igihugu Amavubi, aba bakandida bakaba bategerejwe i Kigali mu minsi iri imbere mu kizamini gisoza (Interview). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bakandida 3 ni bo babashije kwitwara neza mu ipiganwa ryakurewe kuri interineti (Skype) mu cyumweru gishize, mu batoza […]
U Burundi bwongeye kwibasira u Rwanda burushinja ubujura
Nyuma yaho habereye ubujura mu kigo COOPEC mu Ntara ya Gitega, ahibwe amafaranga asaga miliyoni 66 z’amafaranga y’Amarundi, kuri ubu igipolisi cy’u Burundi kirashinja u Rwanda kuba inyuma y’ubwo bujura. Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye yatangaje ibi nyuma yaho bafatiye abantu babiri bashinjwa kuba inyuma y’ubwo bujura, umwe yafatanwe miliyoni 4 undi afatanwa […]
Ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari byiyemeje guhangana n’ikibazo cy'inyeshyamba
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 18 Gashyantare 2017, abasirikare bakomeye bo mu bihugu bitandukanye byo mu karere k’ibiyaga bigari, bateraniye mu gihugu cya Uganda aho banashyizeho urugaga rw’abasirikare bashinzwe gukurikirana no guhangana n’ikibazo cy’inyeshyamba ziri mu mashyamba ya Kongo. Iri huriro rigizwe n’abasirikare bakuru bo mu gihugu cya Uganda, Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, […]
Bugesera: Abatwara abagenzi ku magare basabwe gukomeza gushyiraho amatsinda yo kurwanya ibyaha
Abatwara abagenzi ku magare bakorera mu karere ka Bugesera barasabwa gushyiraho amatsinda atandukanye agamije gukumira no kurwanya ibyaha nka bumwe mu buryo bwo kurwanya ibiyobyabwenge no gutanga serivisi nziza. Ubu butumwa babuhawe tariki ya 16 Gashyantare, mu nama abagera kuri 250 bibumbiye mu makoperative abiri ariyo ONTRAVENYA na NCA bari bateraniyemo mu nzu y’urubyiruko ya […]
Abayobozi n’abanyamakuru bateza urujijo abaturage ku nyito zihabwa abakurwa mu kazi
Ntibavuga ko Gitifu yeguye, bavuga ko yasezeye, yahagaritswe cyangwa yirukanwe, uwegura ni uwatoye n’abaturage. Abaturage bashinja abayobozi n’abanyamakuru kubaheza mu rujijo ku birebana n’uburyo abanyamabanga nshingwabikorwa bava mu kazi. Kudakoresha inyito ziteganywa na sitati rusange igenga abakozi ba Leta, bigaragara nko koroshya ikibazo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo habaga inkubiri y’ivanwa mu kazi ry’abanyamabanga nshingabikorwa b’imirenge, utugari […]
U Rwanda na Uganda, biracyashyirwa mu majwi cyane mu kibazo cya M23 no kugishakira umuti
Imyaka yari imaze kwihirika ari 3 intambara za M23 zihagaze, muri iyi minsi imirwano ikaba yongeye kuburwa ku butaka bwa Congo. Ibitekerezo by’abanyapolitiki, bagaruka ku Rwanda na Uganda, ko ibi bihugu uko ari bibiri birebwa n’iki kibazo cya M23 hamwe na Leta ya Kabila ndetse bikazanaza mu kugishakira umuti. Mu kiganiro kirambuye radiyo 10 yagiranye […]
Kagame: Umukuru w’igihugu wifuzwa n'Abanyafurika batari bacye ngo ababere perezida
Ibigwi n’imyato bya perezida Kagame nk’umwubatsi w’igihugu bimaze kurenga imbibi za Afurika byambuka bigana n’ibwotamasimbi, aho uburyo yongeye kubaka u Rwanda bituma aratwa amashimwe n’abandi banyafurika ndetse rimwe na rimwe bifuza nta gushidikanya kugira umuyobozi ureba kure kandi ukunda abaturage be nkawe nk’uko byemejwe n’umunyamakuru wa RFI, Jean Baptiste Placca mu kiganiro yagiranye na mugenzi […]
Abasukuti bahagurukiye umuco wo kuzigama
Abasukuti bo mu Rwanda no ku isi yose ubu bari mu cyumweru cyahariwe ubusukuti, bibuka uwashinze uwo muryango, Baden Powell. Muri uyu mwaka, abasukuti barazirikana kwiteganyiriza ahazaza. Abo mu mujyi wa Kigali bafashe iya mbere mu biganiro n’Ikigega Iterambere Fund. Icyumweru cya gisukuti kiba buri mwaka muri Gashyantare, kuko Robert Stephenson Smith Baden-Powell washinze uwo […]
Uganda: Umuhanzi arashinja Dr Jose Chameleone kumutangaho igitambo muri Illuminati
Umuhanzi wo muri Uganda uzwi ku mazina ya Qute Kaye arashinja abahanzi barimo na Dr Jose Cameleone kumugambanira bakamutangaho igitambo muri Illuminati atabizi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje muri iki cyumweru gisoza, ubwo uyu muhanzi yatangazaga ko yakiriye agakiza ndetse ko ubuzima bwe agiye kubwegurira nyagasani akaba ari we ubuyobora, aho nyuma yo gufashwa n’ijambo ry’Imana […]
RDC: Inyeshyamba ziraye mu baturage zicamo 27 batanu barakomereka abandi barashimutwa
Abantu 27 bishwe abandi 5 barakomereka naho abagera kuri batandatu barashimutwa mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu ushize, itariki 17 Gashyantare ahitwa Mutanda muri Teritwari ya Rutshuru ho muri Kivu y’Amajyaruguru, aho bivugwa ko ibi byakozwe n’inyeshyamba za Mai-Mai Mazembe zifatanyije n’umutwe wa NDC uyoborwa n’uwitwa Guidon. Aya makuru yatangajwe n’umwe mu bayobozi […]
Bujumbura: Umugore yishwe aboheye inyuma
Lydia NIBOGORA, umugore wakoraga mu kigo REGIDESO gicuruza amazi, yishwe n’abantu batazwi, umurambo we watowe amaboko aboheye inyuma. Umurambo we watowe aho bita mu Kizingwe muri zone ya Kanyosha, mu mujyi i Bujumbura ariko abamwishe bakaba bataramenyekana. Uyu mugore yari asanzwe atuye muri karitiye ya Jabe muri zone Bwiza. Abamuheruka bwa nyuma batangaza ko bamuheruka […]
Kirehe: Abarobyi bafashe umusore winjizaga urumogi mu gihugu
Ku itariki ya 17 Gashyantare, abarobyi bakorera akazi kabo mu ruzi rw’Akagera bafashe umugabo witwa Ntibaziganya Emmanuel w’imyaka 28, ubwo yinjizaga mu gihugu urumogi rw’ibiro 20, agerageza kurucisha ku cyambu cya Rushonga kiri mu murenge wa Mpanga, akarere ka Kirehe. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Uburasirazuba Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi, yasobanuye uko aba […]
Abanyeshuri baturutse muri “Never again Rwanda” basuye CNLG
Abanyeshuri baturutse muri Kaminuza zitandukanye zo mu bihugu by’Afurika y’i Burasirazuba aribyo: Kenya, Burundi,Uganda, Tanzaniya, Sudani yo hepfo, Sudan, na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo; hamwe na bagenzi babo bo mu Rwanda baherekejwe n’abakozi ba “ Never Again Rwanda” basuye Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) muri gahunda yabo yo kubaka amahoro arambye bigira ku […]
Amafoto: I Bujumbura habyukiye imyigaragambyo ikomeye yamagana ibiganiro bibera Arusha
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu mu Murwa mukuru w’u Burundi, Bujumbura haramukiye imyigaragambyo yateguwe na za sosiyete sivile yitabiriwe n’imbaga yamagana imishyikirano ihuza Abarundi ibera Arusha ndetse isaba leta ya Tanzania guta muri yombi bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi batumiwe muri ibi biganiro. Imyigaragambyo nk’iyi ikaba yabaye no mu bindi bice by’igihugu. Nk’uko […]
Kenya: Abakobwa bageze ku bucuruzi bwo kugurisha amafoto yabo na Video bambaye ubusa
Ubu ni ubucuruzi bugezweho ku bakobwa bo mu gace ka Kayole kari mu mujyi i Nairobi muri Kenya, aho bafata amafoto na Video, barangiza bakabyoherereza abasore bakabishyura amafaranga. Ubu bucuruzi babukora bifashishije imbuga nkoranyambaga by’umwihariko ngo bakaba baba batifuza abagabo bakuze, abasore bakiri bato nibo bakorana muri ubu bucuruzi. Ati: “Mugabo mukuru ntabwo nkeneye ayo […]
Congo-Brazza: Uwahoze yungirije umukuru w’urwego rw’ubutasi yapfiriye aho yari afungiye
Colonel Marcel Ntsourou wahoze yungirije umukuru w’urwgo rw’igihugu rw’ubutasi bita mu gifaransa Conseil National de SĂ©curitĂ© (CNS) muri Congo-Brazaville yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu aguye muri gereza yari afungiyemo. Yari yakatiwe mu 2014 igihano cy’imirimo y’agahato ubuzima bwe bwose. Iyi nkuru iravuga ko uyu mugabo yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu […]
Muhanga: Ubuyobozi bw'ingabo buvuga ko iyo abaturage badakemuriwe ibibazo nta mutekano
Mu nama mpuzabikorwa y’Akarere ka Muhanga, Ubuyobozi bw’ingabo mu Ntara y’amajyepfo burasaba abayobozi b’inzego z’ibanze mu Karere ka Muhanga, kwita ku bibazo by’abaturage ba bagana ndetse no kubicyemura, kugirango umutekano urusheho kubungwabungwa uko bikwiye, bakareka kuba banyirabayazana b’umutekano muke, cyane ko mu gihe batabakiriye bituma bahora basiragira mu nzira, bityo n’umutekano wabo ukaba ari ntaho […]
Hari umurunga ukomeye hagati y’ubupfumu n’ubutegetsi muri Africa
Benshi mu bategetsi bo muri Africa bafata ubupfumu nk’inkingi y’ubutegetsi, bakesha kuburambaho. Ibatsindira abanzi, ikabatsindira abagome n’abarozi. Mu gihugu cyacu, byakunze kuvugwa ko Perezida Habyarimana yari afite abapfumu benshi. Ikimenyimenyi ni icyumba kiri mu nzu yari atuyemo I Kanombe, ubu yabaye indangamurage. Harimo icyumba gishashemo uruhu rw’inyamanswa y’ishyamba, abakozi baho bavuga ko ariho yakiriraga abapfumu […]
Ubugufi bukabije bafite ntibwababujije kubana akaramata- AMAFOTO
Laura w’imyaka 27 na Nathan w’imyaka 37 y’amavuko babana nk’umugabo n’umugore mu gihe bose bafite ubumuga bw’ubugufi bukabije. Aba bombi basezeranye umwaka ushize mu mujyi wa Sunderland mu gihugu cy’Ubwongereza ubukwe bwabo buba ubw’amateka ndetse buranavugwa cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga. Uyu mugore n’umugabo batangaje ko bombi bamenyanye mu mwaka wa 2012, bose bakaba ari abakinnyi […]
Sudani y’Epfo: Minisitiri yitandukanyije na leta yifatanya n’abayirwanya
Minisitiri w’umurimo wa Sudani y’Epfo, Gabriel Duop Lam yitandukanyije na guverinoma ya perezida Salva Kiir yiyunga ku bamurwanya ayishinja ko ntacyo iri gukora kugirango haboneke umuti w’ibibazo byugarije igihugu. Mu ibaruwa yo kwegura ku mirimo ye yashyize ahabona, Lam yasobanuye ko yababajwe n’uburyo perezida Salva Kiir yananiwe kugarura amahoro n’umutekano mu gihugu cyugarijwe n’intambara. Yakomeje […]
Munyiginya: Babangamiwe n’abaturanyi batagira ubwiherero
Mu kagari ka Nkomangwa, Umurenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, imiryango igera kuri 72 ntigira ubwiherero. Bamwe bituma mu bw’abaturanyi, abandi ku gasozi. Muri iki gihe imvura ikubye, ababufite bahangayikishijwe n’indwara zikomoka kuri uwo mwanda unyanyagiye hose, cyane ko umuvu w’amazi ugenda uwukwirakwiza. Kimwe no mu tundi tugari tw’uyu murenge, hari abaturage bafite ubwiherero […]
Abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia bagiye guhembwa amaso yari yaraheze mu kirere
Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col.Gaspard Baratuza yatangaje ko mu minsi mike imishahara y’abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia iraba ibagezeho. Atangaza ko iyo mishahara itazahita izira rimwe, bazabanza bahabwe amezi 3 yo mu mwaka ushize 2016. Izashyirwa muri banki nkuru y’u Burundi nyuma ishyirwe kuri buri konti ya buri umwe umwe. [xyz-ihs […]