Musanze: Umuyobozi w’akarere arakangurira abaturage kwirinda icyahungabanya umutekano
Umuyobozi w’akarere ka Musanze Habyarimana Jean Damascene, arasaba abaturage b’akarere abereye umuyobozi gukorera hamwe mu kumenya no gutungira agatoki inzego z’umutekano ikintu cyose babona cyahungabaya umutekano bafite. Arabasaba kandi ko gahunda yo kwicungira umutekano hagamijwe kwirinda no gukumira ibyaha bayishyira muri gahunda zabo za buri munsi zo kwiteza imbere, bagahora bari maso kandi bakagira amakenga […]
Pedro Someone yesheje umuhigo mu ba mbere nyuma yo kuva mu Itorero- VIDEO
Muri Nzeli umwaka ushize nibwo abahanzi n’abandi bafite icyo bahuriraho n’umuziki mu Rwanda bitabiriye Itorero ryabereye i Nkumba mu karere ka Burere, Intara y’Amajyaruguru. Mu nyigisho bahawe zirimo n’izo gukunda, aba bahanzi banibukijwe ko ari byiza kandi bikaba n’iby’agaciro ko ibihangano byabo byajya byibanda ku muco Nyarwanda aho gukopera iby’ahandi, bakibanda kuri gakondo. Ni muri […]
Uganda yijeje impunzi z'Abarundi ko ntawuzazicyura ku ngufu kandi izakomeza kubaha ubuhungiro
Nyuma y’aho minisitiri ushinzwe ibibazo byo mu gihugu imbere w’u Burundi, Pascal barandagiye agiriye uruzinduko muri Uganda agiye gusaba impunzi z’Abarundi ziriyo gutaha ndetse akagirana ikiganiro n’itangazamakuru ku biro bya minisitiri w’intebe ari kumwe na minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze, guverinoma ya Uganda yasohoye itangazo kuri uyu wa Gatanu rivuga ko nta mpunzi y’Umurundi […]
Menya bimwe mu bikubiye mu kiganiro Perezida Trump yagiranye n’itangazamakuru
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017, Prezida wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru batandukanye bo muri kiriya gihugu ku nshuro ye ya mbere kuba yakwicra ku ntebe y’ubutegetsi. Muri iki kiganiro, Perezida Trump yagarutse kuri bimwe mu byo amaze kugeraho kuva ageze ku buyobozi, anenga abamuvuga nabi […]
Abagize inzego z’umutekano za Sudani y’Epfo bugarijwe bikomeye n’icyorezo cya sida
Ikibazo cy’ubwandu bw’icyorezo cya Sida biravugwa ko cyugarije bikomeye abagabo n’abagore bo mu gisirikare n’indi mitwe ya gisivili y’ubwirinzi muri Sudani y’Epfo. Brig Gen. Majok Kuol akaba yagaragaje izi mpungenge avuga ko ari ikibazo gikwiye guhagurukirwa mu rwego rwo gukiza ubuzima. Brig. Gen. majok yagize ati: “ Mu Ukwakira kugeza mu Ugushyingo umwaka ushize, twapimye […]
Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (igice cya 3)
Iki ni igice cya Gatatu, kigizwe n’ikibazo cya 3 abasomyi ba Bwiza.com babajije ku kunyara k’umugore. Ikibazo: Ese umugore abasha kunyara akizihirwa iyo ameze ate mu mubiri? Iki kibazo benshi bakisubiza, kuko burya uretse no kuba wanyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina no kuyikora ubwabyo ntibiba byoroshye iyo uyikoze wumva utameze neza mu mubiri. Ntiwaryoherwa nayo […]
Nyamurinda Pascal niwe watorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali mushya
Kuri uyu wa Gatanu mu cyumba cy’inama cy’Umujyi wa Kigali habaye amatora y’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wagombaga gusimbura Monique Mukaruliza uherutse guhindurirwa inshingano. Nyamurinda Pascal akaba ari we watorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali mushya. Abakandida babiri nibo bahataniraga uyu mwanya w’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ari bo; Nyamurinda Pascal na Umuhoza Aurore. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bwana […]
Ruswa yazamutseho 6.9% muri 2016 ivuye kuri kuri 17.5% muri 2015 mu Rwanda
Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda (Transparent International Rwanda) uratangaza ko ikibazo cya ruswa ari ikibazo gikwiye gushakirwa umuti ukaze kuko gikomeje kugenda gifata indi ntera umunsi ku wundi nubwo ingamba zo kuyirwanya na zo zifatwa uko bukeye n’uko bwije. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bimwe mu byagaragaye mu bushakashatsi bwakozwe n’uyu muryango ubwo haganirwaga ku ngamba zo […]
Col Gaddafi yishwe urw’agashinyaguro, Ese abaperezida ba Afurika yafashije bo bamwituye iki?
Iyo usubije amaso inyuma, ukareba amateka ya Afurika mu ntambara zayo zo kwigobotora ba mpatsibihugu ndetse no kuvanaho ingoma z’Abanyagitugu, usanga Perezida Gaddafi wishwe yitwa umunyagitugu hari ubwoko bw’Imana bwinshi yagiye arokora. Iyicwa rya Kadhafi ryateye benshi agahinda, ni nabwo abaturage ba Libya babonye akamaro yari abafitiye mu gihe yishwe ashinjwa kuyoboza igitugu no kugundira […]
Miliyari 68 zigiye gukoreshwa mu gukundisha Abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo
Leta y’u Rwanda iratangaza ko igihe gukundisha abanyarwanda umuco wo gusoma ibitabo by’ikinyarwanda hibandwa ku bakiri bato, iyi gahunda ikaba izatuma byibuze abana basaga Miliyoni 1 bazaba bamaze gufashwa muri ubu buryo mu gihe cy’imyaka 4 iri imbere. Ibi ni ibyatangajwe ku munsi w’ejo tariki ya 16 Gashyantare 2017, ubwo hatangizwaga uyu mushinga wo gutera […]
Ukumira ibyaha kuko wamenye umugambi wo kubikora – CP Emmanuel Butera
Komiseri ushinzwe ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda no kugarura ituze, Commissioner of Police (CP) Emmanuel Butera yabwiye abagize Komite zo kubungabunga umutekano bo mu karere ka Rwamagana ko gusesengura amakuru bahawe no kuyaha izindi nzego zibishinzwe ku gihe ari ingenzi mu kurwanya ibyaha. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’abo mu murenge wa Nzige 82 ku […]
Ubugingo bwejejwe ni ubuhe?
1Abatesalonike 5:23 “Imana y’amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu, n’ubugingo, n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza.” *1.Kwezwa kuvugwa mu byanditswe byera ni ukw’impagarike yose, umwuka n’ubugingo n’umubiri.* -Kwezwa biza buhoro buhoro. Tubona izo ntambwe umuntu agenda atera mumagambo ya 2Petoro 1:5-8 -Iyo niyo nzira tubasha kumenyeramo neza yuko tutazacumura na […]
USA: Trump yavuze ko yarazwe na Obama ibibazo byinshi anikoma itangazamakuru
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017, yagiranye ikiganiro cya mbere n’itangazamakuru cyamaze isaha n’iminota cumi n’itanu, aho yaritangarije byinshi amaze gukora mu kwezi kumwe amaze ku butegetsi ariko aranaryikoma. Mu byo yatangarije abanyamakuru, Trump yagarutse ku bijyanye no kwitandukanya n’amasezerano y’ibihugu bihurira ku […]
Burundi: Nubwo leta ivuga ko yanze kwitabira ibiganiro n’ubundi ntiyari yabitumiwemo
Mu gihe leta y’u Burundi kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko itazitabira ibiganiro biyihuza n’abatavuga rumwe nayo, umuhuza muri ibi biganiro, Benjamin Mkapa we yatangaje ko n’ubundi itari yabitumiwemo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 16 Gashyantare ubwo byari biteganyijwe ko ibi biganiro bitangira, umuhuza yabanje guhura n’abahoze ari ba perezida: Sylvestre Ntibantunganya, […]
88,41% by'abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye babitsinze neza
Kuri uyu wa kane, itariki 16 Gashyantare, nibwo Ministeri y’uburezi yashyize ahagaragara amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2016 mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye, ni ukuvuga ay’abize amasomo rusange, abize imyuga n’ubumenyingiro ndetse n’abize uburezi. Aya manota yashyizwe ahagaragara yerekana impuzandego ku mitsindire hagati y’abakobwa n’abahungu ku byiciro bitandukanye by’abakoze. […]
Abahagarariye urubyiruko muri Isilamu mu Rwanda biyemeje guhangana n’ubutagondwa
Abayobozi b’Urubyiruko rwo mu idini ya Isilamu mu Rwanda rwiyemeje kuba abafatanyabikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu gukumira ingengabitekerezo y’ubutagondwa n’ubuhezanguni. Ibi byemejwe kuru uyu wa kane tariki 16 Gashyantare 2017, mu mahugurwa y’umunsi umwe yabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ayo mahugurwa yateguwe n’Umuryango w’Abaisilamu mu Rwanda (RMC) […]
Impunzi z’Abanyarwanda zigiye kujya zihabwa amafaranga aho kuziha ibikoresho zihungutse
Umuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe kwita ku mpunzi ryatngaje ko impunzi z’Abanyarwanda ziri mu mahanga zigiye kujya zihabwa amafaranga atubutse mu gihe zitahutse aho kuziha ibikoresho. Ibi ni ibyatangajwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Gashyantare 2017, ubwo uyu muryango wasinyanaga amasezerano y’ubufatanye na I&M Bank ndetse na Sosiyete y’itumanaho ikorera mu Rwanda ya Airtel. […]
Ubukwe budasanzwe bw’abageni 200 baje gusezerana mu ikamyo umunsi umwe (Amafoto)
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare 2017, kuri Katedarali ya Rubaga iherereye mu mujyi wa Kampala, habaye ubukwe bw’akataraboneka bwari bwahuriyemo abageni basaga 200 mu birori bateguriye hamwe ndetse bakanahitamo kuza mu modoka imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bageni bamaze kubona ko nta yindi modoka bakwirwamo igomba kubageza ku rusengero aho basezeraniye, bahisemo kwegeranya […]
Opinion: Uko umubano w’u Rwanda na Amerika ya Trump ushobora kuzahinduka
Politiki mpuzamahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Afurika y’uburasirazuba no hagati yakunze kuba imwe kuva mu myaka ya za 90, aho yaba perezida Clinton, Bush na Obama bakunze gukorana n’abo Bill Clinton yise urungano rushya rw’abayobozi ba Afurika mu kuzana ituze ku mugabane no guteza imbere ubukungu bushingiye ku masoko. Ku buyobozi bushya […]
Abasirikare b’u Burundi basoma ka byeri-REBA AMAFOTO
Aya mafoto yashyizwe hanze n’umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Gaspard Baratuza. Yangaje ko ari abasirikare bo mu nkambi ya gisirikare ya Gakumbu ubwo bari mu munezero nyuma yo guconga ruhago. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa twitter, Col Baratuza yagize ati: “Basangiye umunezero batangira umwaka mushya mu nkambi ya Gakumbu ku wa 11/2/2017, nyuma […]
Imyaka imbanye myinshi ntarongorwa kubera data witwa umucuraguzi- ugisha inama
Muraho abo kuri uru rubuga, amazina yanjye singombwa kuyatangaza ariko icyo mbasaba ni Inama, ubu ndi umukobwa w’imyaka 36, ntuye mu karere ka Huye. Si ndi umukobwa mubi ku isura, iwacu turifashije, si ukuvuga ko nambara nabi pe! Mfite akazi ndakora nta kintu mbuze wenda ngo mbe nakwitwa umukene cyane. Ikibazo kimbuza kubona umugabo ni […]
UN iravuga ko intambara yo muri Sudani y’Epfo itazigera ihagarara
Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko intambara muri leta ya Sudani y’Epfo ikomeje gufata indi ntera mu gihe nta gikozwe ngo amakimbirane avugwa muri kiriya gihugu ahagarare. Ibi ni ibyatangajwe muri raporo y’uyu muryango ivuga ko ubwicanyi buri muri kiriya gihugu budateze guhagarara mu gihe amahanga arebera kuko umunsi ku wundi havuka umutwe w’abarwanyi witwaje intwaro kandi […]
Wenger yashegeshwe no gutsindwa ibitego 5 na Bayern Munich
Nyuma y’umukino wahuze Arsenal yo mu Bwongereza na Bayern Munich yo mu Budage muri Ligue des Champions, umutoza Wenger wa Arsenal yatangaje ko ababajwe no gutsindwa ibitego 5 byose n’iyi kipe. Aganira n’itangazamakuru, umutoza Wenger yagize ati: “umukino wajyaga kumera kimwe, habonetse amahirwe menshi mbere y’uko igice cya mbere kirangira, nyuma Koscielny wacu twamubuze, nkeka […]
Igisirikare cya Uganda kiri guhiga umukuru w’inyeshyamba z’Abakongomani wihishe Arua
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko giteganya gutangira iperereza ku mitwe y’inyeshyamba y’Abanyekongo ivugwa mu karere ka West Nile, akaba ari nyuma y’aho uwari umugaba mukuru wa M23 wari wahungiye muri Uganda, Gen Sultan Makenga aburiwe irengero ndetse bikavugwa ko ari kumwe n’abarwanyi be. Lt. Ahmad Hassan Kato, wo muri division ya 4 y’ingabo za Uganda […]
Guverinoma y’u Burundi yanze kwitabira ibiganiro biyihuza n’abayirwanya
Guverinoma y’u Burundi iravuga ko itohereje abayihagarariye mu biganiro bihuza Abarundi byari biteganyijwe gutangira i Arusha muri Tanzania kuri uyu wa kane, itariki 16 Gashyantare 2017. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi akaba n’umunyamabanga wa leta, Philippe Nzobonariba, leta yatagaje ko inenga urutonde rw’abatumiwe mu biganiro ndetse n’uko ibiganiro byateguwe n’ibizaganirwaho. Muri iryo tangazo nk’uko tubikesha urubuga […]
Minisiteri y’uburezi igiye gusohora amanota y’abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye
Kuri uyu wa 16 gashyantare 2017, minisiteri y’uburezi mu Rwanda irashyira ku mugaragaro amanota y’abanyeshuri baheruka gukora ibizamini bisoza amashuri yisumbuye. Nk’uko byatangajwe n’iyi minisiteri, biteganyijwe ko aya manota aza gushyirwa ahagaragara ku isaha ya saa cyenda z’umugoroba, buei wese akaba afite ubushobozi bwo kureba amanota ye ku rubuga rwayo. Ni mu minsi micye ishize […]
Guinea: Amarushanwa ya Nyampinga yahagaritswe nyuma yo kwiyerekana bambaye ubusa
Minisitiri w’intebe mu gihugu cya Guinea yahagaritse amarushanwa ya Miss muri kiriya ihugu, nyuma yo kumutambuka imbere bambaye imyenda yo kogana mu byuzi. BBC ivuga ko guverinoma ya kiriya gihugu yahisemo guhagarika iyi gahunda nyuma yo gutangaza ko imyitwarire ijyanye n’imyambarire ya bariya bakobwa idahwitse ndetse ko idahuje n’umuco wo muri kiriya gihugu, ibyo bise […]
Gambia: Uwahoze ari Umushinjacyaha Mukuru wa TPIR yagizwe perezida w’Urukiko rw’Ikirenga
Umucamanza Hassan Bubacar Jallow, wigeze kuba umushinjacyaha mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ndetse akaba yaragiye akora imirimo itandukanye mu nkiko za Loni, kuri uyu wa Gatatu yagizwe Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Gambia mu gihugu akomokamo aho bivugwa ko abacamanza b’Abanyamahanga ari bo bakunze kuba mu myanya ikomeye mu butabera. Bwana Hassan Jallow, washyizwe […]
RDC: Inyeshyamba zivuganye abasirikare zinatwika umwana ari muzima
Inyeshyamba zo mu mutwe wa FRPI (Force de rĂ©sistance patriotique de l’Ituri) mu ijoro ryo kuwa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu ushize zagabye igitero ku birindiro bya gisirikare mu giturage cya Kaswara, mu birometero 75 mu majyepfo ya Bunia, aho zivuganye abasirikare babiri ba leta ndetse umwana umwe agatwikwa ari muzima nk’uko amakuru avuga. […]
Polisi yafashe imodoka irimo abagore babiri binjizaga mu gihugu inzoga zitemewe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze na Gatsibo, kuwa kabiri tariki ya 14 Gashyantare yafashe abantu 6 barimo 2 bafatiwe muri Musanze binjizaga inzoga zitemewe mu Rwanda, n’abandi 4 bafatiwe muri Gatsibo bafite udupfunyika tw’urumogi. Abafatiwe muri Musanze ni Niyonsenga Claudine w’imyaka 23 wafatanywe amapaki 192 y’inzoga itemewe gucuruzwa mu Rwanda ya Blue […]
Itangira ry’iburanisha ry’abashinjwa iterabwoba ryaranzwe n'impaka z'urudaca
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwatangiye kuburanisha abantu hafi 50 mu baregwa ibyaha by’iterabwoba kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Gashyantare 2017 nyuma y’igihe kingana n’ umwaka bafunzwe. Ubushinjacyaha buvuga ko abaregwa bari mu mugambi wo kwiyunga ku bikorwa by’iterabwoba by’umutwe w’iterabwoba ushingiye ku mahame y’idini ya Kiyisilamu. Ni ku nshuro ya mbere ku rukiko hagaragaye […]
Rulindo: Umubitsi w’Umurenge SACCO afunzwe akekwaho kunyereza amafaranga
Ku itariki ya 14 Gashyantare, Umubitsi w’ikigo cy’imari iciriritse cyo mu Murenge wa Base”Umurenge SACCO”, Akarere ka Rulindo (SACCO Izuba Base), yafashwe na Polisi y’u Rwanda acyekwaho kunyereza amafaranga y’icyo kigo arenga miliyoni. Habaguhirwa Jean Claude yafashwe nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe n’ubuyobozi bw’ iyo Sacco, bikaza kugaragara ko hari amafaranga ari kubura, ubwo buyobozi buhita bubimenyesha […]
Uganda: Iyicwa ridasanzwe ry’Abashinwakazi ryatumye hitabazwa igipolisi cy’u Bushinwa mu Iperereza
Igipolisi cya Uganda gifite mu maboko yacyo umushoferi ukodeshwa witwa Fred Ssembatya ngo agifashe mu iperereza ku ishimutwa n’iyicwa ry’abashinwakazi babiri ryabereye muri Makerere ya 2 muri Zone C muri Kampala. Nk’uko byemejwe n’Umukuru w’Igipolisi cya Uganda, IGP Gen Kale Kayihura, ngo hari no gushakishwa n’umushinwa ukekwaho kuba ari we uri inyuma y’uyu mugambi mubisha […]
Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (igice cya 2)
Mu nkuru iheruka twari twijeje abasomyi b’inkuru z’urukundo n’amabanga y’urugo ko tuzabagezaho ikibazo cya kabiri mu icumi benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ikibazo cya kabiri nacyo cyabajijwe n’umusomyi aho yagize ati: “Ese umugore ashobora kwinyaza bigakunda, akaba yanyara nta mugabo urimo kumutera akabariro”? Igisubizo: Birashoboka ko umugore cyangwa umukobwa yakwinyaza bigakunda, […]
Afurika y’Epfo: Umugabo yarumye umunwa w'umukunzi we arawuca ku munsi w’abakundanye
Umugore witwa Zenele w’imyaka 33 y’amavuko ukomoka mu mujyi wa Westonaria muri Repubulika y’Afurika y’Epfo ari mu bitaro aho ari kuvurwa umunwa we nyuma yo kurumwa n’umukunzi we umunwa akawuca ku munsi w’abakundanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu avuga ko ubwo itangazamakuru ryasangaga uyu mugore aho arwariye, yavuze ko umukunzi we […]
Suede: Urukiko rwemeje bidasubirwaho igihano cyahawe Claver Berinkindi
Ubutabera bwa Suede kuri uyu wa Gatatu bwemereje mu bujurire igihano cy’igifungo cya burundu ku Munyasuede ukomoka mu Rwanda wari ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Uyu witwa Claver Berinkindi w’imyaka 61, yabonye ubwenegihugu bwa Suede mu 2012, nyuma y’imyaka 10 ageze muri iki gihugu. Icyo gihe, Suede ntiyari izi […]
Byinshi utari uzi ku ntambara y’iminsi 6 yahanganishije Israel n’Abarabu mu 1967
Basomyi, ubushize twabagejejeho iby’intambara y’abasirikare b’u Rwanda barwanye mu kitwaga Operation Kitona ku butaka bwa Republika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu gihe cyatambutse.  Ni inkuru yagaragaje ko abantu bayitabiriye kuyisoma ku bwinshi ari nacyo gitumye twihutira kubazanira amakuru n’amateka y’imwe mu ntambara karundura yabayeho nyuma y’Intambara ya 3 y’isi yose.  Nushake uyite “Intambara […]
Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe Afurika ari mu Rwanda
Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe ibibazo bya Afurika n’Uburasirazuba bwo hagati Tobias Ellwood yageze mu Rwanda kuri uyu wa 15 Gashyantare mu masaha ya nyuma ya saa sita aho azagirana ibiganiro na bamwe mu bayobozi b’igihugu. Nyakubahwa Tobias Ellwood biteganyijwe ko azunamira akazanashyira indabo ku rwibutso rwa jenoside rwa Kigali rushyinguyemo imibiri y’abantu bagera mu 250,000. […]
Amwe mu mafoto yaciye agahigo ku mbuga za interineti ku isi kuva mu ntangiriro za 2017
Hari amafoto atandukanye yaciye agahigo ko kumenyekana cyane hirya no hino ku isi haba ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’izindi mbuga za interineti no mu itangazamakuru muri rusange. Aya mafoto asaga 800, harimo ay’ingenzi cyane ashobora no kugira abo abangamira bitewe n’ibyo yasobanuraga cyangwa aho yafatiwe bityo akaba abanzirizwa n’ifoto y’umupolisi warashe uwari Ambasaderi w’u Burusiya […]
Kayonza: Amafaranga yiswe ay’ikiziriko ntavugwaho rumwe muri gahunda ya GIRINKA
Gahunda ya Gririnka munyarwanda mu karere ka Kayonza ikomeje kuvugisha benshi bitewe n’uburyo abaturage bavuga ko yamaze gutakaza umwimerere wayo, bigendeye ahanini ku kuba abahabwa inka atari bo ziba zagenewe, ruswa, icyenewabo n’ibindi aribyo biyoboye. Mu makuru ya LoyalTV kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Gashyantare 2017, bamwe mu baturage bo muri aka karere […]
Imyiteguro yo gushinga Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro ngo igeze kure
Nyuma y’aho umuyobozi waryo ageragereje kuza mu Rwanda inshuro 2 bitamukundira ashaka kuza kwitegura kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri uyu mwaka ndetse rikavuga ko rizashinga guverinoma ikorera mu buhungiro, ishyaka Ishema rya Padiri Nahimana kuri ubu riravuga ko imyiteguro yo gushinga iyo guverinoma igeze kure. Mu itangazo iri shyaka riheruka gushyira ahagaragara, ryavuze […]
Bishop Runiga yarwanye urugamba na bibiliya mu kaboko kamwe kalachnikov mu kandi
Bishop Jean Marie Runiga ni umuvugabutumwa ndetse akaba yaranahoze ari umuyobozi mu nyeshyamba za M23, uyu mugabo yagiye avugwa cyane mu itangazamakuru nk’umuvugabutumwa w’umunyapolitiki, warwanye urugamba rwa politiki, urw’amasasu ndetse anafite agakiza imbere ye. Uyu mugabo politiki ye si iy’ubu kuko yagiye agaragara mu mashyaka ya politiki ku buyobozi bwa Mobutu bwendaga kurangira, bisobanuye ko […]
Urukiko Rukuru rwanzuye kutazumva abashinjura Munyagishari
Urukiko Rukuru rwafashe icyemezo cyo kutazumva abatangabuhamya bashinjura Munyagishari Bernard ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’ibyibasiye inyokomuntu aho Umucamanza yavuze ko abo batangabuhamya baba ab’imbere mu gihugu ndetse n’abo hanze yacyo batagaragara. Ni nyuma y’igihe abahagarariye inyungu z’ubutabera mu rubanza bashakishiriza hirya no hino abashinjura. Abanyamategeko bunganira Munyagishari, Bruce Bikotwa na mugenzi we […]
Kaminuza y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rwa kaminuza zihiga izindi mu karere
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwashimiwe kuba bwarivuguruye kaminuza ikazamuka mu myigishirize nk’uko bigaragara ku rutonde rwakozwe na Webometrics Ranking of World Universities. Iki kigo gikora urutonde rwa kaminuza 26,300 zihiga izindi ku isi ndetse kaminuza 1,520 zihiga izindi muri Afurika. Urutonde rukaba rukorwa kabiri mu mwaka; muri Mutarama na Nyakanga. Ku rwego rw’Umugabane wa […]
Burera: Abaturage bagenda ibilometero magana bashaka umupaka ubahuza na Uganda
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kinyababa mu karere ka Burera bavuga ko bafite ikibazo cy’umupaka ubahuza na Uganda utemewe n’amategeko bigatuma batinya ko ubuzima bwabo bushobora kujya mu kaga mu gihe binjiye mu kindi gihugu. Aba baturage bavuga ko umupaka usanzwe uzwi uhuza ibihugu byombi ari wo wa Cyanika uri kure cyane ko […]
Uganda: Abashinwakazi 2 biciwe muri Kampala
Abapolisi bashinzwe iperereza ku mpamvu zateye urupfu mu mujyi wa kampala ho mu gihugu cya Uganda batangiye gushakisha icyateye urupfu rw’abashinwakazi babiri bivugwa ko biciwe muri uyu mujyi. Igipolisi cyatangarije ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, ko imirambo yabo yakuwe mu nzu imwe iri muri Kampala. Umuvugizi w’igipolisi, […]
Nyabugogo: Abahoze ari abujura bashyizeho ihuriro ryo kuburwanya
Abanatu bagera kuri 157 biganjemo urubyiruko bakora ibikorwa by’ubujura bitandukanye mu gace ka Nyabugogo mu mujyi wa Kigali biyemeje kubireka, ubu bakaba baaranashyizeho ihuriro ryabo ryitwa” Hinduka uhindure abandi”. Bizinde Jean Damascene, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyamabuye mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo yagize ati:” mu mwaka wa 2012 hano muri Nyabugogo kari […]
Koreya ya Ruguru: Umuvandimwe wa Perezida Kim Jong Un yiciwe muri Maleziya
Kim Jong Nam, avukana ku mubyeyi umwe n’umukuru w’igihugu cya Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yishw kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017 aguye mu gihugu cya Maleziya. Amakuru yamenyekanye mu bitangazamakuru bitandukanye , avuga ko amakuru ku rupfu rw’uyu muvandimwe wa Perezida yatangajwe na Koreya y’Epfo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru avuga ko […]
Burundi: Abasigaye mu gihugu nibatavuga ibyabaye, bizagora gukemura ikibazo. Amnesty
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International wasabye leta y’u Burundi ko mu gihe kitarambiranye iki gihugu kigomba kuba cyatanze ingingo zigaragaza uruhare rw’imiryango idaharanira inyungu za politike. Ibi byasobohotse mu itangaz ryashyizwe ahagaragara n’uyu muryango ryandikiwe umuryango w’Abibumbye uyu muryango usabwa gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mwanzuro, aho bavuga ko ibi byatekerejewho kuva mu […]
Umuherwe Rujugiro Tribert agiye kubaka uruganda rwa miliyoni 20 $ muri Uganda
Umuherwe w’Umunyarwanda, Tribert Rujugiro Ayabatwa, arateganya gushora imari mu bijyanye no guteza imbere ubuhinzi bw’itabi ahitwa Arua mu majyaruguru y’igihugu cy’abaturanyi cya Uganda, aho ateganya gushora akayabo ka miliyoni 20 z’amadolari. Ibi bikaba byashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na nyir’ubwite, Rujugiro, washinze PanAfrican Tobacco Group. Itangizwa ku […]
Abantu 13 bamaze guhitanwa n'uburozi bahawe na Pasiteri ngo arerekana ibitangaza
Abantu 13 bamaze guhitanwa n’amazi ahumanyije bahawe na pasiteri witwa Monyeki, mu gihe abandi 5 bakiri mu bitari ubuzima bwabo bukaba na bwo buri mu kaga gakomeye. Uyu mupasiteri wo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo yahaye abayoboke b’idini rye amazi yavanze n’umuti wica imbeba kuri uyu wa mbere ababwira ko agiye kubereka ibitangaza ko nt cyo […]
Leta y’u Rwanda yashyize ku isoko imigabane yari ifite muri I&M Bank
Imigabane ingana na 19.81% leta yari ifite muri I&M bank yayirekuye kugirango igurishwe ku Isoko ry’imari n’imigabane mu gikorwa cyayobowe na minisitiri w’imari n’igenamigambi Amb. Claver Gatete wasobanuye ko gutanga iyi migabane ku bikorera, bigamije gushyigikira ishoramari ryo muri bene iyi migabane ku baturage no guteza imbere isoko ry’imari n’imigabane. Amb. Gatete yahamagariye abaturage kwitabira […]
U Burundi bwatangiye ubukangurambaga ku gucyura impunzi zabwo ziri mu baturanyi
Leta ya Nkurunziza Pierre mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko yatangije ubukangurambaga bugamije gucyura impunzi zose zahungiye mu bihugu by’ibituranyi bahunze guhera mu myaka yashize kubera ibibazo cy’umutekano mucye wariyo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa mbere na Minisitiri w’umutekano mu gihugu cy’u Burundi Pascal Barandagiye mu kiganiro yagiranye n’ushinzwe impunzi n’ibiza aho […]
USA: Bamwe mu bayobozi Trump yashyizeho batangiye kunanirwa hadashize ukwezi
Umujyanama mu by’umutekano wari uherutse kugenwa na perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yeguye ku mirimo ye ataramara n’ukwezi ahawe inshingano. Micheal Flynn yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Gashyantare nyuma y’aho yari amaze iminsi ashyirwa mu majwi ashinjwa kuyobya visi perezida Mike Pence n’abandi bayobozi ku […]
Ibihugu bimwe ngo byanga kwakira abarekuwe n’urukiko rwa Arusha byanga kwiteranya n’u Rwanda
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwashyizweho n’Akanama k’Amahoro n’Umutekano ka Loni mu ngingo yako ya 995 yo kuwa 08/11/1994, nyuma y’amezi 4 gusa ingabo zari iza FPR-Inkotanyi zirangajwe imbere na Perezida Kagame zibohoje u Rwanda. Uru rukiko rwahawe ububasha bwo kuburanisha ibyaha by’itsembabwoko n’ibyibasiye inyokomuntu byakozwe mu gihe cy’umwaka wose, uhereye kuwa 01 […]
Saint Valentin: Buravan n’abandi bahanzi barataramana n’abakunzi babo muri Café Resto Nectar
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Gashyantare 2017, ku munsi w’abakundanye (Saint Valentin), na CafĂ© resto Nectar yazirikanye abayigana ibazanira umuhanzi Buravan n’abandi bakirigita gitari ngo bishimane n’abakunzi babo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubuyobozi bwa Nectar, buti: “Ni ku bw’urukundo tubakunda, twishimiye kubatumira mu birori by’uyu munsi w’abakundanye muri Nectar Cafe Resto &Bar, murataramirwa n’abahanzi batandukanye […]
Nyarugenge: Abirukanywe muri Tanzaniya barashinja ubuyobozi gushaka kubicisha inzara
Bamwe mu banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya batujwe mu kagali ka Taba, umurenge wa Kanyinya mu karere ka Nyarugenge, baravuga ko babangamiwe bikomeye n’uko babuzwa kurenga imbibi z’aho batuye ngo bajye gushaka ibibatunga hirya no hino mu gihugu. Aba banyarwanda birukanywe muri Tanzaniya bavuga ko babwirwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ko igihe bagiye kure y’inzu batujwemo bazajya […]
Ababaga amatungo ntibavuga rumwe ku mafaranga bacibwa n’abaveterineri kandi bahembwa
Abantu batandukanye hirya ni hino mu gihugu bakora akazi ko kubaga amatungo haba mu masoko, mu tubari n’ahandi ntibavuga rumwe ku mafaranga bacibwa n’abakozi b’akarere cyangwa b’umurenge bafite mu nshingano gupima inyama mbere y’uko abaturage batangira kuzigura ngo bajye kuzirya. Bamwe mu bakora aka kazi ko kubaga bavuga ko bacibwa amafaranga bo bita ko atari […]
Burundi: Leta irasaba ko Gen Niyombare na bagenzi be bashakaga guhirika Nkurunziza bafatwa
Mu gihe ku rutonde rw’abatumiwe n’umuhuza Benjamin Mkapa mu biganiro byo guhuza Leta y’u Burundi n’abayirwanya hariho n’abashakishwa na Leta, pariki nkuru ya Repubulika y’u Burundi yasabye ko abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Petero Nkurunziza bafatwa. Agnès Bangiricenge, umuvugizi wa pariki nkuru atangaza ko bifuza ko bafatwa bagashyikirizwa ubutabera. Bose hamwe bakaba ari 34, barimo […]
Perezida Trump yatumiye perezida Buhari nyuma yo kuganira kuri telefone
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump kuri uyu wa Mbere yagiranye ikiganiro ku murongo wa telefone na perezida Muhammadu Buhari ari London mu Bwongereza aho Buhari yashimiye Donald Trump kuba yaratorewe kuyobora Amerika. Abayobozi b’ibihugu byombi baganiriye ku kuntu bakomeza ubufatanye mu rugamba rwo kurwanya iterabwoba binyuze mu gushaka ibikoresho bikenewe. [xyz-ihs […]