Rwamagana: Imfubyi yarokotse jenoside yashyikirijwe inzu yubakiwe na GIP
Mu Mudugudu wa Muhumuro, Akagari ka Binunga, Umurenge wa Munyiginya ho mu Karere ka Rwamagana, Hatashywe ku mugaragaro Inzu yubakiwe Hitiyaremye Didas, Umwana w’imfubyi yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Iyi nzu yubatswe ku bufatanye bw’ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’ ishuli rikuru ry’ubumenyingiro rya Polisi riherereye mu Murenge wa Gishali ( Gishali Integrated Polytechnic […]
Abaturage ba Rulindo bakoze urugendo rwo kwamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana, ku itariki ya 20 Ukuboza 2016, abaturage b’akarere ka Rulindo bakoze urugendo rwo gusoza iminsi 16 yo kwamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina, urugendo rwanitabiriwe n’abahagarariye Polisi y’u Rwanda muri ako karere, abayobozi b’inzego z’ibanze, abayobozi b’imiryango itegamiye kuri Leta n’abandi. Uru rugendo rwatangiriye ahitwa ku […]
RDC: Inyeshyamba za ADF zivuganye abaturage 9 bucya ari Noheri
Abantu 9 kuri uyu wa Gatandatu, itariki 24 Ukuboza, biciwe mu gace ka Mapiki ko muri Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba bikekwa ko ari izo mu mutwe wa ADF. Nk’uko ababibonye babitangaje, batanu mu bantu 9 bishwe bicishijwe imihoro mu gihe abandi bane bicishijwe amasasu. Iyi nkuru dukesha Radio Okapi […]
Ibyishimo no kwambikwa amapingu, gukubitwa inkoni gusinzirira ku mihanda nibyo byaranze izihizwa rya Noheli-AMAFOTO
Nubwo hirya no hino bari kwizihiza umunsi wa Noheli(Ivuka rya Yesu) abandi bakazawizihiza ku cyumweru mu gihugu cy’Ubwongereza ho batangiye kuwizihiza kuri uyu wa gatanu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi wizihizwa na bamwe mu bakirisito bemera Yesu cyangwa Yezu bitewe nuko ushaka kubivuga mu Bwongereza batangiye kuwizihiza mu ijoro ryakeye ariko bamwe ntibaryohewe gusa kuko wabasize […]
U Rwanda na Zimbabwe ku rutonde rw’ibihugu byo gusura mu 2017
Igihugu cy’u Rwanda na Zimbabwe byashyizwe ku rutonde rwiswe CondĂ© Nast ranking nk’ahantu heza ho kuzatembera mu 2017, akaba ari byo bihugu byo muri Afurika byonyine biri kuri uru rutonde. Igihugu cya Zimbabwe buriya ngo ntikizwiho kubamo imyigaragambyo n’andi makimbirane ashingiye kuri politiki gusa, kuko gifite n’ibyiza nyaburanga birimo inyamanswa zo mu ishyamba zibereye ijisho. […]
Mukobwa, dore abasore bashaka abakunzi (fungura ubone imyirondoro)
1.Amazina yange ni ndayishimiye Christian nkaba nifuzako mwafasha nkuko nabonye mubigenza mukanshakira umukunzi niyoyaba umugore ngewe ntaribi.murakoze ndabashimiye mugihe ngitegereje igisubizo cyanyu kiza, email: chrisndamu33@gmail.com. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 2.Muraho, Nitwa Cyiza Nkaba ndi umusore wimyaka 28 , nkaba mfite uburebure bureshya na 1,76m narize kaminuza kandi mfite akazi kampemba kuva ku 500,000 , ndashaka umukunzi ushaka […]
ADEPR:Bishop Tom arasaba abahawe inshingano mu Bubirigi guharanira ubumwe bw’itorero n’ubw’Abanyarwanda
Nyuma yo gufungura rikanatanga inshingano kubagombaga kurihagararira mu rurembo rwa Uganda Itorero rya ADEPR ryafunguye ururembo rw’Iburayi rukore mu bubirigi bishingiye kwaguka mu ivugabutumwa hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kuzuza inshingano ryasigiwe na Yesu Kirisito. Ejo kuwa gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2016 nibwo itorero rya ADEPR ryafunguye ishami ryabo mu Gihugu […]
Loni yatesheje agaciro umwanzuro wo kubuza Sudani y’Epfo kugura intwaro
Kuri uyu wa Gatanu, Akanama k’Amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye katesheje agaciro icyifuzo cyo gufatira Sudani y’Epfo ibihano biyibuza kugura intwaro nk’uko byifuzwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Icyi cyifuzo cyari cyatanzwe na Amerika cyashyigikiwe ku majwi 7 yonyine mu majwi 15 y’abagize aka kanama k’amahoro n’umutekano ka Loni, mu gihe ibihugu nk’u Burusiya, u […]
Seleman yashyize hanze indirimbo anahindura amazina akoresha mu buhanzi
Seleman Uwihanganye ni umusore w’Umunyarwanda ukorera umuziki mu gihugu cy’Ububiligi, kuri ubu akaba yashyize hanze indirimbo “Mukobwa million” muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, by’umwihariko n’izina yakoreshaga akaba yongeyeho Dicoz. Aganira na Bwiza.com, yagize ati: “indirimbo yanjye nshya yitwa “Mukobwa million” ubutumwa buyikubiyemo buragaragaza ukuntu umuco ugenda uhinduka aho abantu basigaye bakwa amafaranga bakabyitirira […]
Iyo ugiye kwica inzoka ntabwo wica umurizo, ugomba kwica umutwe- Inzika ikaze ya M23
Imyaka imaze kuba itatu inyeshyamba za M23 zishyize hasi intwaro ndetse zinagirana imishikirano na Leta ya Congo, ariko ubwazo ntabwo zigeze zemera ko zatsinzwe ahubwo nk’uko byagaragaye mu mvugo y’abahoze bayirwanira, bigaragara ko bagifite inzika ndetse ko bazatinda ariko bakongera kwisuganya. Kuba nabo ubwabo bavuga ko isaha ku isaba bashobora kongera kuzura umutwe, na Leta […]
Menya isezerano ryawe n'Imana (Igice ya 2)
Aha isezerano ryari rimaze kuzura. Abantu bari bamaze kwemera uruhare rwabo mu isezerano n’Imana nayo yemeye uruhare rwayo.Abantu bumvikanye n’Imana ibyo bazakora maze Imana nayo ibemereye ibyo izakora. Abantu benshi iyo bumvise ijambo ngo “isezerano rya kera ” bahita bumva ibitabo bigize igice cya mbere cya Bibiliya cyangwa ibitabo byanditswe mbere y’ivuka rya Yesu.Ariko ntabwo […]
Cristiano Ronaldo yageneye abana bo muri Syria ubutumwa bw’ihumure
Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid yageneye abana bo mu gihugu cya Syria ubutumwa bwo kubahumuriza, mu gihe igihugu cyabo cyugarijwe n’intambara imaze imyaka itarangira. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho video agira ati: “Ubu butumwa bugenewe abana bo muri Syria, turabizi neza ko mubayeho mu buzima bubi kandi bugoye, ndi umukinnyi […]
Muhanga: Abaganga bari mu itorero basabwe kuzarivamo barahindutse
Abaganga bitabiriye itorero ry’ubuzima barasabwa kuzarirangiza bafashe imyanzuro yose izatuma barushaho gukora akazi kabo neza hakavaho impamvu yatumaga imikorere yabo itandukira bikagira ingaruka ku barwayi bakenera serivisi z’ubuzima. Ibi byatangarijwe mu Karere ka Muhanga ubwo hatangizwaga itorero ry’urwego rw’ubuzima, kuwa 19 Ukuboza 2016, itorero ryafunguwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Akarere, Uwamaliya Beatrice. Uwamaliya avuga ko hari […]
Uburezi bushingiye ku umuco n’iyobokamana Ntibukoza isoni ababyeyi-Apostle Gasarasi
Apostle Gasarasi Samusoni uyobora Itorero rya EPMR ku Isi yabwiye ababyeyi bafite abana biga mu ishuri rya Truth Academy School ko Gutoza abana babo inzira nziza bakiri bato bitazabakoza isoni nabusa. Kuri uyu wa gatanu Tariki ya 23 Ukuboza 2016 mu Karere ka Bugesera mu murenge wa Nyarugenge mu kagari ka Kamabare niho abana bagera […]
Abasirikare b'Abarundi 10 ngo nibo baherutse kwivuganwa na FARDC aho kuba batanu
Imirwano yahuje ingabo z’u Burundi n’iza Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC kuwa Gatatu no kuwa Kane ngo yahitanye abantu 10 nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 23 Ukuboza, mu gihe mbere hari hatangajwe ko hapfuye abantu 5. Abapfuye bose uko ari 10 ngo ni abasirikare b’Abarundi, aho bivugwa ko imirambo 5 yasanganwe imyambaro […]
U Rwanda rurahakana kubuza Abarundi baturiye umupaka kwinjira bakoresheje indangamuntu – Yavuguruwe
Guhera kuri uyu wa Gatanu, amakuru ava mu Burundi aravuga ko u Rwanda rwangiye abaturage b’Abarundi bo mu makomini yegereye umupaka w’u Rwanda kwinjira mu Rwanda bakoresheje indangamuntu gusa nk’uko byari bisanzwe, aho bivugwa ko kuri ubu Umurundi ushaka kwambuka yinjira mu Rwanda ari gusabwa ibindi byangombwa birenze indangamuntu nk’uko tubikesha kimwe mu binyamakuru byo […]
Gicumbi: Abaturage bakanguriwe gukomeza kwirinda ihohoterwa n’ibiyobyabwenge
Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abaturage kurwanya no kwirinda ibyaha cyane cyane ihohoterwa rishingiye ku gitsina, irikorerwa abana n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukuboza 2016, itsinda riturutse mu ishami ry’ubugenzacyaha (CID) muri Polisi y’u Rwanda ryajyanye imodoka yakira ibibazo by’abaturage (Mobile Police Station) mu murenge wa Rushaki akarere ka Gicumbi kugirango […]
Inzira z’umusaraba 7 Gen. Kayumba yaciyemo nyuma yo gushwana na Leta y’u Rwanda
Kayumba Nyamwasa wabaye umusirikare w’u Rwanda igihe kirekire mu rugamba rwo kwibohora na nyuma yarwo, aho yitandukanyirije na Leta y’u Rwanda agahungira muri Afurika y’Epfo yagiye ahura n’ibizazane bitandukanye ndetse umuntu yakwita ko ari inzira z’umusaraba. Muri Gashyantare 2010, nibwo Gen Kayumba Nyamwasa yahunze ajya muri Afurika y’Epfo, bidaciye kabiri uyu mugabo yahise araswa mu […]
Abaturarwanda barasabwa kuzizihiza iminsi mikuru isoza umwaka mu mutekano usesuye
Polisi y’u Rwanda, Umujyi wa Kigali ndetse n’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB)bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru aho basabye abanyarwanda ariko by’umwihariko abakora ibikorwa by’ubucuruzi kugira uruhare mu migendekere myiza y’umutekano mu gihe bategura ndetse banizihiza iminsi mikuru y’impera z’umwaka. Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere ry’abaturage Busabizwa Parfait yavuze ko umutekano n’isuku ari ibintu by’ingenzi […]
Ni njye wishe Col Kadhafi, namurashe mu mutwe no mu gituza- Umwe mu ntagondwa zamuhigaga
Umwe mu ntagondwa zahigaga Col Kadhafi mu mashusho yashize ku mbuga nkoranyambaga, yemeye ko ari we wamwishe amurashe mu gihe bagenzi be batifuzaga ko bahita bamwica ako kanya. Muri video agaragazamo isura ye ariko nta mazina amuranga, uyu musore yagize ati: “Namukubise mu maso, indwanyi zashakaga kumuzana, muri ako kanya nibwo nahise ndekura isasu, ndasa […]
Uburengerazuba: Abatwara abagenzi kuri moto n’amagare baganirijwe ku mutekano wo mu muhanda
Abatwara abagenzi ku magare no kuri za moto basabwe kugumya kubungabunga umutekano barushaho kwirinda impanuka cyane cyane muri ibi bihe by’iminsi mikuru. Ubwo yaganirizaga aba batwara amagare na moto n’abahagarariye sosiyete zitwara abagenzi mu modoka bose hamwe bagera ku 1000 bakorera muri Rubavu, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba Assistant Commissioner of […]
Indege yo muri Libya irimo abantu 118 yashimuswe n’abantu bitwaje za grenade
Indege itwara abagenzi yo mu gihugu cya Libya yari irimo abantu 118 yashimuswe yerekezwa muri Malta n’abagabo babiri bavugaga ko bafite grenade bari buturitse ibyifuzo byabo ntibidashyirwa mu bikorwa. Minisitiri w’Intebe wa Malta, Joseph Muscat yavuze ko abagenzi 109 bose bari bayirimo barekuwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, hasigara abandi babiri bikekwa ko […]
Umuhanzi wo muri Uganda Mun*G agiye gusangira n'Abanyarwanda umunsi mukuru wa Noheli
Umuhanzi umaze kuzamuka mu muziki mu gihugu cya Uganda wamenyekanye ku mazina ya Mun*G yatangaje ko ashaka gusangira n’abanyarwanda umunsi mukuru wa Noheli abaha ku muziki guhera kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Ukuboza 2016. Uyu muhanzi ufite amazina ye nyakuri ya MUNGI EMMANUEL MATOVU yavuze ko guhera kuri uyu wa 24 aba yasesekaye […]
Ibintu 10 abagabo baba birebera ku bagore b’abandi, ikibuno kinini mbere ya byose
Ingeso y’ubuhehesi ntijya ibura haba ku bakiri ingaragu ndetse n’abarushinze, aho usanga umugabo rwose unambaye impeta yasize umugore w’ikizungerezi iwe mu rugo, yakubita amaso abagore b’abandi ugansa bamutwaye umutima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore bimwe mu bikunda kubaranga ku bagore b’abandi 1.Ikibuno kinini : Abagabo benshi usanga barangazwa n’ikibuno cy’umugore giteye neza, aha ho rwose usanga n’umugore […]
Uganda: Abasaga 24 barohamye mu kiyaga cya Victoria
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Ukuboza 2016, abantu basaga 20 bakomeje kuburirwa irengero nyuma yo kurohama mu kiyaga cya Victoria ubwo bari mu bwato bajya kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani. Nk’uko bitaanganzwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu, ubu bwato buto ngo bwari butwaye abantu bagera kuri 30 ubwo bavaga […]
Intumwa za Congo mu Rwanda ku kibazo cy'ibirarane by'imishahara by'Abanyarwanda bahakoze
Mu rwego rwo kurushaho gukomeza ubufatanye n’ubutwererane hagati y’igihugu cya Repubulika ya Congo n’u Rwanda, itsinda ryaturutse i Brazaville riri mu Rwanda guhera kuri uyu wa 22 kugeza kuwa 24 Ukuboza, aho bazanywe no kureba aho ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemeranyijwe mu masezerano ibihugu byombi byagiranye rigeze. Mu ruzinduko rwabo, biteganyijwe ko minisitiri w’imari , Claver […]
OMS iratangaza ko habonetse urukingo rwa Ebola
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima,OMS, riratangaza ko urukingo rwa Ebola byagaragajwe ko rufite ubushobozi bwo gukingira ubwoko bumwe muri 2 za ebola. Uru rukingo rwakozwe n’ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Merck rwageragerejwe muri Guinea, kimwe mu bihugu bitatu byibasiwe cyane n’iki cyorezo. Umuyobozi mukuru muri OMS ushinzwe ubuzima n’udushya, Marie-Paule […]
Dore ibibazo 6 ugomba kubanza gusubiza mbere y’uko uhitamo uwo muzarushingana
Iyo witegereje urukundo rwo muri iki gihe usanga ahanini rushingira ku bintu bifatika birimo imitungo ari nayo ntandaro yo gusenyuma kw’ingo kwa hato na hato. Kugirango ugire urukundo rurambye cyangwa ubashe kuba wakubaka mubano urambye n’uwo wakunze, hari ibibazo 5 ugomba kwibaza hanyuma wamara kubisubiza ukabasha kuba washing urugo cyangwa watangira umushinga wo kubaka. uwo […]
Umugandekazi uririmba indirimbo za Gospel, yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure-AMAFOTO
Sarah Musayimuto, umugandekazi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze amafoto yambaye imyambaro izwi nkiyo kogana, izwi ku izina rya Bikini. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, yashyizeho aya mafoto ashimisha abakunzi be ndetse anaboneraho kubasaba kumuha amahirwe bamutora. Uyu mukobwa yasabaga abakunzi be gutora indirimbo ye “Gwensinza” iri mu zihatanira igihembo muri […]
Ambasade y'u Rwanda muri Kenya ntiyishimira uko Abanyarwanda bifuza kuhakorera basiragizwa
Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, James Kimonyo yamaganye ukuntu Abanyarwanda bashaka gukorera muri Kenya basiragizwa bashaka ibyangombwa bibahesha uburenganzira bwo gukorera muri iki gihugu ndetse rimwe na rimwe bikarangira batanabibonye. U Rwanda rukaba rusaba Kenya kubaha ubwisanzure mu gushaka imirimo na serivisi hagati y’ibihugu byombi nk’uko byemeranyijwe nk’ibihugu bihuriye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ko […]
U Rwanda rwatunguranye mu kuza imbere ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA.
Ikipe y’igihugu Amavubi yatunguye abantu ubwo byatangazwaga ko yaje imbere ho imyanya 9 ku rutonde ngarukakwezi haba muri Afurika ndetse nio ku rwego rw’iri muri rusange. Nk’uko byatangajwe ku rutonde FIFA yashyize ahagaragara, ikipe y’igihugu Amavubi yaje ku mwanya wa 92 mu gihe mu kwezi gushize yari ku mwanya wa 101 bityo bikaba bigaragara ko […]
Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali habyukiye akaduruvayo mu gipangu kirimo umuryango ubamo umukobwa witwa Muhoza ukomoka mu Karere ka Nyagatare, aho abaturage bari bamumereye nabi bamushinja amarozi, aho bavugaga ko yari afite igikapu bagiye kubona bakabona […]
Leta y’u Rwanda ifite umusingi ukomeye buri Munyarwanda akwiye kubakiraho- Min Nyirasafari
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Esperance Nyirasafari, ejo yatashye ku mugaragaro inzu enye zubakiwe abagizweho ingaruka n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana, akaba yaratangaje ko Leta y’u Rwanda ifite umusingi ukomeye buri Munyarwanda wese akwiye kubakiraho. Inzu zuzuye zirimo n’ibikoresho zubatswe mu turere twa Kayonza, Kamonyi, Gatsibo na Nyamagabe, zubatswe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye […]
Nkurunziza ku rutonde rw’Abaperezida 8 ba Afurika bavuzweho cyane muri 2016
Nk’uko bisanzwe bikorwa n’ikinyamakuru jeunafrique, buri mwaka gikora urutonde rw’abakuru b’ibihugu, abatavuga rumwe na leta zitandukanye, abakinnyi, abanyamideri, abavugizi b’imiryango yitwa ku burenganzira bwa muntu n’abandi baba baramamaye cyane mu bitangazamakuru kubera ibikorwa runaka baba barakoze, uyu mwaka cyashyize ahagaragara urutonde narwo ruriho abantu nk’abo bagarutsweho cyane muri uyu mwaka dusoza wa 2016. 1. Pierre […]
Somalia: Al Shabaab yashimuse abakozi 7 bakorera leta mu matora
Inyeshyamba zo mu mutwe wa Al Shabaab zatangaje ko zafashe bugwate abakozi barindwi ba leta ya Somalia bari bahagarariye amatora y’Abadepite mu gace ka Adado ko mu karere ka Barire kabarizwa mu majyepfo y’igihugu, gusa mu buryo budasanzwe izi nyeshyamba ngo zaje kurekura aba bagabo zibategeka kwitandukanya n’ibikorwa byose bya leta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ifoto yashyizwe […]
Perezida Kabila mu mazi abira, ese ikibazo cya M23 cyo kizarangizwa na nde?
Tariki ya 4 Mata 2012, nibwo M23 yavutse, nk’umutwe wa politiki ndetse unafite igisirikare gifite imbaraga cyari kimaze kwigarurira bimwe mu bice bya RDC, mu mpera za 2013, nibwo wemeye ko uhagaritse imirwano unagirana amasezerano na Leta ya Congo iyobowe na Perezida Kabila, ubu nawe utorohewe nyuma yo kurangiza manda ze. Nyuma yo guhagarika imirwano […]
Perezida Museveni yarezwe muri ICC nyuma y’ibiherutse kubera Kasese
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda biravugwa ko yamaze kuregwa mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kubera imirwano iherutse kubera Kasese yaguyemo abantu basaga 50. Museveni usanzwe utavuga rumwe n’uru rukiko akaba ashobora guhamagazwa muri uru rukiko akisobanura ku ruhare rwe muri iyi mirwano yahuje ingabo za leta n’iz’umwami wa Rwenzuru. Kuwa 27 Ugushyingo nibwo ingabo za […]
Gasabo: Bari bamwivuganye bamushinja amarozi nyuma yo kumubonana igikapu kigendesha nta muntu ugikozeho
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali habyukiye akaduruvayo mu gipangu kirimo umuryango ubamo umukobwa witwa Muhoza ukomoka mu Karere ka Nyagatare, aho abaturage bari bamumereye nabi bamushinja amarozi, aho bavugaga ko yari afite igikapu bagiye kubona bakabona […]
Umuyobozi wa The New Vision yasabye perezida Kagame imbabazi
Ikinyamakuru The New Vision cyo muri Uganda gicungwa na leta nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri ushize gikoze inkuru ishushanyije igaragaza perezida Kagame yabaye umupadiri Papa Fransisiko amupfukamye imbere amusaba imbabazi kubwa Jenoside yo mu 1994, ibintu byafashwe nk’ipfobya rya jenoside bitewe n’uburyo byakozwemo, cyasabiye imbabazi aya makosa cyakoze. Kuri icyo gishushanyo (Cartoon) papa anasabira […]
RDC: Imirwano ishingiye ku moko yaguyemo ababarirwa muri 20 amazu 100 aratwikwa
Abantu 20 barishwe naho amazu agera ku 100 aratwikwa kuri uyu wa Gatatu ushize mu gitero cyagabwe n’umutwe wa Nyatura mu gace ka Bwalanda muri Teritwari ya Rutshuru. Abarwanyi b’umutwe wa Nyatura bo mu bwoko bw’Abahutu, bari bitwaje intwaro zirimo imbunda n’intwaro gakondo, bateye agace ka Bwalanda, maze ingabo za leta zigerageza kubasubiza inyuma ariko […]
Leta y’u Burundi yongeye kugira icyo ivuga ku ibura ry’umunyamakuru Jean Bigirimana
Nyuma y’amezi 5 ashize, umunyamakuru Jean Bigirimana wakoreraga ikinyamakuru Iwacu Burundi, aburiwe irengero ndetse binakekwa ko yaba yarishwe, Minisitiri w’umutekano yavuze ko na Leta yinjiye muri iki kibazo. Alain Guillaume Bunyoni, Minisitiri w’umutekano yavuze ko ubu inzego z’umutekano zashyikirije ikirego cye parike, banasaba uzabasha kumenya amakuru ku irengero rye ko yabimenyesha izi nzego bakabikurikirana. [xyz-ihs […]
Abagabo bafungiye muri 1930 bazimurwa muri Gashyantare 2017
Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya leta y’u Rwanda, Johnston Busingye yatangaje ko bitarenze muri Gashyantare 2017 imfungwa n’abagororwa b’igitsina gabo bafungiye muri Gereza nkuru ya Kigali 1930 bazimurirwa muri gereza nshya yamaze kuzura mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi minisitiri yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukuboza ubwo yari yagiye […]
Abagore batunzwe agatoki ku kutabyaza umusaruro EAC
Ni mu biganiro byahurije hamwe abagore basaga 200 na MINEACOM bigamije kwereka abagore amahirwe ari ku Rwanda mu kuba mu muryango w’Afurika y’Uburasizrazuba, minisitiri w’ubucuruzi n’ibikorwa bya EAC, Kanimba Francois yeretse abagore ko hari amahirwe y’umwihariko yabagenewe muri uwo muryango abasaba guhugukira kuyabyaza umusaruro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ibi biganiro Minisitiri Kanimba yavuze ko ikibazo kiri […]
Menya umuntu washakishijwe cyane kuri interineti muri 2016
Mu gihe umwaka wa 2016 ugeze mu mpera, ubushakashatsi butandukanye bukomeje gukorwa, kuri ubu urubuga rwa google rukoreshwa mu gushakisha amakuru atandukanye kuri interineti (Search engine) rwashyize ahagaragara umuntu washakishijwe n’abantu benshi ku isi yose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Donald Trump uzayobora igihugu cy’Amerika guhera mu kwezi kwa mbere 2016 niwe wahize abandi bantu bo ku isi […]
Trump na Putin batangaje umugambi uzateza impagarara muri LONI
Umuyobozi w’ahazaza w’Amerika, Donald Trump uzatangira kuyobora mu kwezi kwa mbere 2017 yatangaje ko iki gihugu cy’igihangange kigomba gushyira imbaraga nyinshi mu gutegura ibitwaro by’ubumara (Nuclear weapons). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Donald Trump abinyujije ku rukuta rwe rw Twitter yavuze ko Amerika igomba gufata iya mbere mu gutunganya ibitwaro by’ubumara kikanabikwirakwiza ahantu hose kugeza ubwo isi yose […]
Umukunzi wa bwiza.com yatwandikiye agisha inama
Nitwa Mihigo Simon, mvuka mu karere ka Kamonyi. Nasoje ayisumbuye muri 2014. Nkiri umunyeshuri mu ntara y’Amajyepfo ku kigo ntashaka kuvuga najyaga nkora urugomo n’abandi banyeshuri ku buryo twanatorokaga ikigo tukajya kunywa inzoga ndetse n’ibinti bitandukanye nk’uko n’abandi muri mwe babigenzaga mukiga. Njyeze mu mwaka wa 6 w’ayisumbuye, nibwo natorotse ikigo njya mu kabari kari […]
Uko Padiri Juvenal Rutumbu uba mu Bufaransa yarokotse igitero cy’abagizi ba nabi
Umupadiri ufite inkomoko mu Rwanda akaba aba mu Bufaransa Rutumbu Juvenal aherutse gutanga ubuhamya uburyo mu cyumweru gishize yarokotse igitero cy’abagizi ba nabi bamusanze aho aba mu gace ka Palaiseau. Uyu mupadiri yatangaje ibi mu misa yatambukije ku cyumweru muri iki cyumweru gisoza, aho yaje mu misa yabyimbye umubiri wose cyane cyane mu isura. Mu […]
Imyanzuro 12 y’inama y’igihugu y’umushyikirano ya 14 yatangajwe
Inama y’igihugu y’umushyikirano yateranye ku wa 15 na 16 Ukuboza 2016, nyuma y’ibiganiro bitandukanye no kungurana ibitekerezo iyi nama yaje gusozwa batangaza ko imyanzuro y’ibyavuye muri iyi nama izatangazwa nyuma ari nabyo byabaye kuri uyu wa 22 Ukuboza 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imyanzuro ifatirwa mu nama y’umushyikirano ni kimwe mu ntumbero ziba zizitabwaho n’Abategetsi mu mwaka […]
Abakiriya ba Airtel Rwanda bayishinja serivisi mbi
Sosiyete y’itumanaho ya Airtel Rwanda imaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga isubizanya n’abakiriya bayo bayishinja serivise mbi zirimo gutinda gukemura ibibazo bayigezaho no kubatwara amafaranga binyuze muri poromosiyo yitwa “Unliminet” ikoreshwa n’abakoresha interineti. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku rubuga rwa Airtel Rwanda rwa Twitter na Facebook hagaragara abakiriya b’iyi sosiyete basaba ko bakemurirwa ibibazo ariko igisubizo bahabwa n’umukozi […]
Amerika: Umuminisitiri ari mu kato kubera impano ya Noheli iteye isoni yahawe
Mu gihugu cya Chili ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru z’Umuminisitiri w’ubukungu wahawe impano ya Noheli y’igishushanyo cy’umugore wambaye ubusa, iyi mpano ikaba yamesize icyasha aho aciye hose nyum yo kuyakira. Uyu muminisitiri witwa Luis Felipe aratangaza ko kugeza ubu mu gihugu hose bamaze kumenyekana amakuru ko yahawe icyo gipupe cy’ikizungu cy’umugore wambaye ubusa buriburi ariko […]
Kigali: Umugore urembeye mu bitaro avuga ko yakubiswe n’umuyobozi wa polisi
Akaniwabo Jacqueline, umugore urwariye ku kigo nderabuzima cya Kabuye giherereye mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwishinganisha kuri polisi agezeyo yambikwa amapingu ndetse anakubitwa n’umuyobozi wa polisi. Uyu mugore kandi avuga ko mbere yo gukubitwa na komando wa polisi yabanje gukorerwa itotezwa na Niyonsenga Albert, azira kugira icyo atangariza itangazamakuru […]
Inzibacyuho ya Diaspora nyarwanda izamara umwaka
Ihuriro ry’Abanyarwanda baba mu mahanga (RDGN) ryinjiye mu gihe cy’inzibacyuho izamara umwaka iyobowe na Daniel Murenzi ubarizwa mu gihugu cya Tanzaniya, we n’ikipe bazafatanya kuyobora iyi nzibacyuho ngo bazita cyane kugushyira ku murongo amategeko agenga iri huriro kugirango ihuriro rigirire umumaro abanyarwanda bose baba mu mahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Murenzi Daniel yatorewe kuyobora Diaspora mu buryo […]
(Mu mafoto) Umujyi wa Aleppo mbere na nyuma y’imirwano yahitanye imbaga
Umujyi wa Aleppo ni umujyi wari uwa 2 mu gihugu cya Syria, ukaba wari umujyi wari wibanze ku bikorwa by’ubucuruzi ndetse n’inganda, ukaba wari n’umujyi uziho ibikorwa by’ubukerarugendo mu gihugu. uyu mujyi ukaba warakomeye guhera mu binyejana bisaga 10 bishize. Uyu mujyi watangiye kwangirika guhera mu myaka 4 ishize, ubwo imitwe y’intagondwa yatangiraga kwibasira kiriya […]
Kigali: Afunze azira gufatanwa amafaranga y'u Rwanda y'amiganano
Egide Bigirimana , afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Rusororo nyuma yo gufatanwa inoti 236 z’igihumbi z’amafaranga y’amanyarwanda y’amiganano. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu, yavuze ko Bigirimana w’imyaka 32 y’amavuko, yafatiwe mu kagari ka Kabuga mu umurenge wa Rusororo ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ku […]
Bomboribombori iri muri Congo ishobora gucyura impunzi z’Abanyarwanda
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) mu Rwanda , Dr Azam Saber atangaza ko imvururu zishingiye kuri politiki ziri muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, zishobora gukubita akanyafu impunzi z’Abanyarwanda zimazeyo imyaka n’imyaka zikaba zatahuka i Rwanda. Aganira n’itangazamakuru i Kigali, Dr Azam Saber yatangaje ko HCR yiteguye kuba yafasha mu bishoboka byose […]
Kenya: Inteko ishinga Amatekeko irinzwe bidasanzwe na Polisi nyuma y’imirwano y’Abadepite
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Ukuboza 2015, Ingoro y’Iinteko ishinga amategeko ya Kenya irinzwe bidasanzwe n’inzego z’umutekano, aho ziri kubuza buri wese yaba Umudeppite cyangwa undi muntu kwinjira mbere y’uko habanza gukemuka ikibazo cy’amakimbirane mu Padepite bagize iyi ngoro . Umwe mu bapolisi barinze iyi ngoro utashatse ko amazina ye atangazwa, yavuze ko […]
U Burundi mu banyamuryango 15 ba UN bashyigikiye umuco wo kudahana
Loni yemeranyije gushyiraho inteko iziga ku byaha by’intambara byakorewe muri Syria mu ntambara yari imaze imyaka itandatu iberamuri iki gihugu kugirango ababigizemo uruhare bagezwe mu butabera, igihugu cy’u Burundi kiri muri 15 byagaragaje ko bidashyigikiye iki gitekerezo kigamije guca umuco wo kudahana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibihugu nka Siriya n’Ubushinwa (Inshuti z’akadasohoka za Syria), U Burundi (bwanga […]
Mudahusha (Sniper) warashe Osama Bin Laden ni muntu ki? – REBA AMAFOTO
Robert J. “Rob” O’Neill yavutse ku wa 10 Mata 1976, i Butte mu mujyi wa Montana muri Leta zunze ubumwe za Amerika, uyu mugabo akaba yari umusirikare wa USA by’umwihariko mu ikipe ya ba mudahusha mu rurimi rw’amahanga bita “Snapers”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aka gace yavukiyemo ni nako yakuriyemo, se umubyara, Tom ngo akaba yarakundaga kumutoza […]
Mc Philos arashima Imana yamukoreye ubukwe
Mc Philos wamenyekanye cyane nk’ umusangiza w’ amagambo mu gice cy’Abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) ndetse no mu birori bitandukanye yagiye ayobora nka Mc,ubu arashima Imana yamuhaye umufasha. Tariki ya tariki 11 ukuboza 2016 ni bwo yambikanye impeta y’ urudashira Imbere y’ Imana n’ umukunzi we Niyonsaba Florence. Ibi birori by’ubukwe bwabo bikaba bitazibagirana […]
Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 1)
Isezerano :ni ubwumvikane buba hagati y’abantu 2,amatsinda 2,… maze buri ruhande rukoyemeza icyo ruzakora. Iyo uruhande rumwe rutujuje icyo rwiyemeje,isezerano riba ripfuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] ISEZERANO RYA KERA Nkuko Imana yabinyujije mu muhanuzi yeremiya (Yereniya 31:31) ,iryo sezerano rya kera ni isezerano Imana yagiranye n’abisirayeli ubwo yabafataga ukuboko ikabakura mu gihugu cya Egiputa.Muri iri sezerano hari […]