Burundi: Imiryango 500 yirukanwe n’igisilikare iratabaza nyuma y’iminsi 5 batarya

Imiryango y’Abarundi irenga 500 yirukanywe n’igisirikare cya leta ya Nkurunziza ku mpamvu itaramenyekanye ubu iratabaza nyuma y’aho inzara n’imbeho bibamereye nabi aho bakambitse muri Buringa. Nk’uko bamwe mu bagize iyi miryango babitangarije itangazamakuru, ngo abasirikare ba leta babirukanye shishi itabona mu ngo zabo kuri uyu wa 18 Ukuboza 2016 ku mpamvu batigeze bamenyeshwa none kuri […]

Ese Gen Mugisha Muntu yaba ari we muhungu w'umwami Kigeri V bavuga?

Mbere y’itanga ry’umwami Kigeri V Ndahindurwa aho yabaga muri Leta zunze ubumwe za Amerika, byagiye bihwihwiswa ko yaba afite umwana yabyaye ubwo yabaga muri Uganda, nyuma y’aho atangiye amakuru akomeza kuvugwa kugera n’aho hatunzwe agatoki Gen Mugisha Muntu ko yaba ari we, uyu musirikare akaba yarahoze mu gisirikare cya Uganda nyuma akaza kukivamo agashinga ishyaka […]

Rwamagana: N'abanyamadini basabwe umusanzu mu kurwanya ibyaha

Umuyobozi w’akarere ka Rwamagana, Radjab Mbonyumuvunyi arahamagarira abayobozi b’imisigiti igera ku 100 yo mu Ntara y’Iburasirazuba kuba umusemburo w’imiyoborere myiza, gufasha abayoboke b’idini ryabo n’abaturage bose muri rusange kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha byose cyane cyane kurwanya ihohoterwa ryo mu ngo n’irishingiye ku gitsina kuko ari byo ntandaro y’umutekano muke mu muryango ushobora […]

Gicumbi: Polisi yafashe imodoka ipakiye amakarito 65 ya Chief Warage

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi ku wa 19 Ukuboza yafashe imodoka ipakiye amakarito 65 y’inzoga itemewe mu Rwanda yitwa Chief Waragi ivanwa muri bimwe mu bihugu bihana imbibi n’u Rwanda. Iyo modoka yo mu bwoko bwa Toyota Carina ifite nomero ziyiranga UAS 445D yafatiwe mu kagari ka Gatoma, ho mu murenge wa Kaniga […]

Ese umukobwa w'isugi yakwiyambika utwenda tumwambika ubusa?

Wasangaga ubusugi ari ikintu umukobwa yagomba gukomeraho kugera ku munsi wa nyuma agiye kurushinga, gusa bitewe n’aho n’uko iterambere ryiruka ni nako na bamwe mu bakobwa usanga baba batanashaka kumva yakwitwa ryo. Iyo ugerageje kumubaza uti ubu se uracyafite ubusugi, agusubiza agira ati: “Iwacu se bararoga” ku mukobwa w’ubu usanga kuba yakwitwa isugi ari igisebo […]

Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo

Nyuma y’uko n’u Rwanda rwemeje ko Umukuru w’igihugu ashobora kwiyamamaza akanayobora manda zose ashaka, ibi bikaba byaremejwe n’abaturage ubwo batoraga ingingo ivuguruza iy’101 igenera manda umukuru w’igihugu biciye mu matora ya kamarampaka, abandi bayobozi batandukanye ku mugabane bakomeje gushaka guhindura indingo zo mu Itegekonshinga zigenera Umukuru w’igihugu manda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu nama iherutse yarimo abayobozi […]

Uganda: Kaminuza ya Makerere igiye kongera gufungura imiryango

Ubuyobozi bwa kaminuza ya Makerere muri Uganda bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro bumaze iminsi bugirana n’inzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu mu minsi ya vuba iba yongeye gufungura imiryango abanyeshuri bakabasha gukomeza amasomo yabo. Nk’uko byatangajwe na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu, ngo bitarenze ku itariki ya 2 Mutarama 2017, iyi kaminuza izaba yongeye gufungura amarembo […]

Amb. Rugwabiza yasobanuriye Loni impungenge zo kuba abakoze jenoside bakomeje kurekurwa

Mu kiganirompaka ku mikorere y’urwego rw’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga harimo n’urureba u Rwanda (Mechanism for International Criminal Tribunals, MICT) cyabaye kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza, kikaba cyaranitabiriwe n’umucamanza Theodor Meron uherutse kurekura Ferdinand Nahimana na Rukundo bari bafungiwe muri Mali kubera ibyo bakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yasobanuye […]

“Igihe kizagera ubwo abantu bazaba bavoma Gaz nk’abavoma amazi.” PM Murekezi

Abanyarwanda bakomeje kugaragaza ikibazo cyo kubura ibicanwa bifashisha mu guteka nyuma y’aho gucana amashyamba bibujijwe kuko ari ukwangiza ibidukikije, amakara yo ngo yarahenze, umushinga wa Biogaz wo usa n’uwaburiwe irengero naho Amashanyarazi na Gaz byo birahenze ku buryo bamwe babifata nk’ibyagenewe abifashije. Minisitiri w’intebe, Murekezi Anastaze ati “Igihe kizagera ubwo abantu bazaba bavoma Gaz nk’abavoma […]

U Burusiya: Umugabo yihangiye umurimo wo kujya afungirwa abantu bakamwisyhyura amafaranga

Nyuma y’uko uwari uhagarariye igihugu cy’u Burusiya muri turukiya yivuganywe n’izego z’umutekano muri kiriya gihugu, iki gihugu gikomeje kurangwa n’udushya aho umugabo yatanze itangazo ko umuntu udashaka gukora igihano cyo gufungwa bavugana akamuha amafaranga nawe agafungwa mu kimbo cye ndetse akanakurikiza amabwiriza yose agenwa na gereza uwo muntu yaba acumbikiwemo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku rubuga rwa […]

Ibintu 8 bitangaje ushobora kuba utazi ku muhanzi Fille ufite inkomoko mu Rwanda

Umuhanzi Fille Mutoni ni umuhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo zakunzwe cyane mu karere nka ” Where have You Been At “, ” What Did You Do “, ” Embeera Eno “, ” Double Trouble ” ndetse na ” Hallo ” yakoranye n’umuhanzi Bruce Melody wo mu Rwanda. Uyu muhanzikazi ariko hari ibintu abantu benshi batamuziho cyane […]

Birirwa biba, ni abo kuvuga gusa, twamwambuye amenyo, izaze turayiteguye- Abayobozi bavuga kuri FDLR

Imyaka irenga 20 irashize inyeshyamba za FDLR zirwanira mu mashyamba ya Congo, uko imyaka yagiye yicuma izi nyeshyamba zagiye zigaragaza ugushaka kugaruka mu Rwanda ku ngufu ariko abayobozi b’u Rwanda bakagaragaza ko aho zigeze ubu ari ukuvuga gusa. Minisitiri w’ingabo, Gen James Kabarebe, inararibonye ku rugamba ndetse unazi neza iby’imirwanire ya FDLR dore ko yanabaye […]

Champions League :APR na Rayon bihanzwe amaso

Nyuma y’uko agaciro k’ibihembo by’abitwaye neza mu mikino mpuzamaclub byiyongereye, amakipe ya Rayon Sport na APR Fc ngo yiteze guhatanira irushanwa ryose rya CAF Champions League ndetse na CAF Confederation Cup. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya makipe 2 atangaje ko agiye gushyira imbaraga zidasanzwe muri aya marushanwa nyuma y’uko uruganda rw’amavuta rwo mu Bufaransa rusinyanye amasezerano y’imyaka […]

Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa

Abayobozi muri guverinoma bava mu myanya yabo babonye indi mirimo mishya hari ibyo bagenerwaga batazongera kubona nk’uko bigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu. Ibi bije nyuma y’aho abagize Sena batoreye Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n° 05/2012/OL ryo ku wa 03/09/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu. Kuwa 19 Ukuboza 2016, […]

Wema Sepetu arakubita agatoki ku kandi nyuma y’uko Diamond yibarutse umuhungu

Uwahoze ari umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz, Wema Sepetu yagaragaje ukutishima nyuma y’uko uyu muhanzi Diamond n’umugore we Zari bibarutse undi mwana wa 2 muri uku kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’uko Diamond ashyize ahagaragara amaforo y’umwana we w’umuhungu ku mbuga nkoranyambaga, uyu Wema yagaragaje amarangamutima ye asa no kutishimira uyu mwana kuko we yagerageje kuba yabyarana […]

Inzozi za Diamond “kuba umwana we w’imfura yazaba nyampinga w’Isi”

Diamond Platnumz ni umuhanzi ukomoka muri Tanzania, uyu muhanzi mu gihe akomeje kwigarurira imitima ya benshi mu karere igihugu cye giherereyemo ni nako akomeje kwagukwa mu muryango, aribyo inzozi ze zikaba ari iz’uko umwana we w’imfura yaba nyampinga w’Isi. Abicishije ku rukuta rwe twa Twitter, Diamond yafashe ifoto y’umukobwa we w’imfura, Princess Tiffah Dangote arangije […]

RDC: Abantu 20 biciwe mu myigaragambyo isaba Kabila kuva ku butegetsi

Abantu basaga 20 biciwe mu guhangana hagati y’abigaragambya n’abashinzwe umutekano muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’imyigaragambyo isaba perezida Kabila kuva ku butegetsi yadutse kuri uyu wa kabiri, itariki 20 Ukuboza, nyuma y’amasaha macye manda ye irangiye. Bamwe mu bapfuye ngo barasiwe mu ntambwe nke n’abashinzwe umutekano nk’uko ababibonye babitangaje. Byari biteganyijwe ko ubutegetsi […]

Mugabo Gabriel wakiniraga Police Fc yamaze gusinya amasezerano muri Rayon Sport

Nyuma y’uko abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sport bakomeje guhura n’ikibazo cy’imvune ndetse bikagaragara ko hacitsemo icyuho mu bwugarizi bw’ikipe, ubu Rayo Sport yamaze gusinyisha umukinnyi Mugabo Gabriel wakiniraga ikipe ya police Fc amasezerano y’imyaka 2. Ni ku nshuro ya kabiri uyu mukinnyi atekerezwa n’ikipe ya rayon Sport kuko ku nshuro iheruka nabwo byapfuye kuri final […]

Burundi: Perezida Nkurunziza agiye kujyana E.U. mu butabera

Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yatangaje ko agiye kujyana Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu butabera kubera ikibazo cy’imishahara y’ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Somalia itarishyurwa. Ibi perezida Nkurunziza yabitangaje kuri uyu wa Kabiri I Bujumbura ubwo yifurizwaga umwaka mushya n’inzego z’umutekano zirimo igipolisi, igisirikare n’inzego z’iperereza. Mu ijambo rye, perezida Nkurunziza […]

Perezida Kagame ngo niwe wari ukwiye kuyobora Congo yahagije Joseph Kabila

Ibikorwa by’imyigaragambyo bikomeje kuvuza ubuhuha muri Repubulika iharanira Demokarasi ya ya kongo ndetse abatari bacye bakahasiga ubuzima, abantu benshi bari kwibaza ku iherezo ry’izi mvururu kuko bisa n’ibyananiye n’imiryango mpuzamahanga ndetse n’abandi banyembaraga. Ni nyuma y’uko wahoze ari Perezida wa Nigeria Olusegun Obasanjo yagaye ubunararibonye bucye bwa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, Joseph […]

Ikinyamakuru cyo muri Uganda cyahuje jenoside n’iraswa rya Gen Kayumba Nyamwasa

Ikinyamakuru cya leta ya Uganda cyasohoye igishushanyo (cartoon) kigaragaza umuyobozi mu idini ya kiliziya gatolika asabira imbabazi uruhare rw’iri dini muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994 ariko akanazisabira kuba yaragerageje kwica Gen Kayumba Nyamwasa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amagambo yanditse kuri iki gishushanyo agaragaza umuyobozi muri kiliziya agira ati “ Padiri Kagame, sinsabira imbabazi jenoside gusa […]

U Rwanda na Cyprus mu nzira zo kurushaho gukomeza umubano

Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel, Col Joseph Rutabana, kuri uyu wa Kabiri yashyikirije perezida, Nicos Anastasiades wa Chipre (Cyprus), ibaruwa imuha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu, ahita atangira inshingano ze muri iki gihugu cy’ikirwa giherereye mu Nyanja ya Mediterane. Nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara rivuga, Ambasaderi Rutabana yagarutse ku bushake bwa Guverinoma y’u […]

Loni irasaba ko perezida Duterte yakurikiranwa mu butabera

Bwana Zeid Ra’ad al-Hussein, Komiseri mukuru ushinzwe uburenganzira bwa muntu mu Muryango w’Abibumbye arasaba ko hakorwa iperereza kuri perezida wa Filipine Rodrigo Duterte nyuma yuko uwo mukuru w’igihugu yemeje ko ubwe yishe abantu yita abanyabyaha. Zeid avuga ko kuba umukuru w’igihugu yiyemerera ko yishe, bihagije kugirango akoreho iperereza kuri ubwo bwicanyi yigamba. Ku wa gatanu […]

Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw'abakora impushya z'ibinyabiziga z'impimbano

Mu kwezi kwa Nzeri 2011, Nkurunziza Antoine wo mu karere ka Bugesera, ubwo yiteguraga gukora ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, haje umuntu amushuka ko akora muri Polisi y’u Rwanda, mu Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda; maze amwizeza ko yamufasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye. Nyuma yo kumva icyo gitekerezo no kucyemera, […]

Intara y'Amajyaruguru yeretse abashyitsi baturutse mu Bushinwa aho bashora imari

Kuri uyu wa kabiri, itariki 20 Ukuboza 2016, Madamu Lin Danjun, Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Jinhua, wo mu Intara ya Zhejiang mu Gihugu cy’u Bushinwa, n’itsinda yari ayoboye, basuye Intara y’Amajyaruguru, by’umwihariko Ishuri Rikuru rya Musanze Polytechnic, riherereye mu Murenge wa Nkotsi, Akarere ka Musanze. Yakira abagize iri tsinda ryaturutse mu Gihugu cy’u Bushinwa, Guverineri […]

Umukinnyi warokotse mu ndege burya ni Umukirisitu, Menya igitabo cya Bibiliya yari ahugiyeho

Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gukora impanuka y’indege akarokoka ari umwe burya ngo yari ahugiye mu gusoma Bibiliya, umufashe we yemeje ko uyu mugabo n’ubusanzwe ari umukirisitu wizera Imana cyane, ibi byanashimangiwe n’uko ubwo uyu mugabo yarokorwaga yasanganywe igitabo cya Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi ya 63. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Zaburi […]

Urwenya: Joriji bamubajije ko Yesu azagaruka, asubiza agira ati: “Agarutse yaba ashaka kwiyahura”

Joriji wigiraga batisimu yagiye ku bazwa ngo padiri arebe ko yumvise ibyo ivanjili na Kiliziya bamubwira. Padiri ati ese Nyina wa Yezu yitwa nde? Ati ariko se ndaba ntazi nyoko uri umunyarwanda mwene wacu nkamenya nyina wa yezu w’umuzungu? [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Padiri ntiyacika intege ati :”ese Yezu azagaruka?” joriji ati ”padi, niba ibyo watubwiye bamukoreye […]

FIFA yashyizeho mu bihano ibihugu byiganjemo ibyo muri EAC

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryatangaje ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye bitewe n’imyitwarire yabyo mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi kizaba mu mwaka wa 2018. Ibihugu byo mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba nka Uganda, Kenya, Burundi, na Sudani y’Epfo byahanwe ibihano bigizwe n’amande y’amafaranga bigomba gutanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo rya FIFA […]

Amafoto 10 y’igipolisi cy’u Burundi yagiye avugisha benshi amangambure

Kuva aho ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi ritanze Perezida Nkurunziza nk’umukandida waryo uzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ndetse nawe akabyemera, nibwo imyigaragambyo yatangiye kuvuza ubuhuha muri iki gihugu, bamwe bamwamagana ko yakoze ibihabanye n’ibikubiye n’Itegekonshinga. Muri Mata 2015, nibwo imvururu zatangiye, abapolisi batangira kwirara muri abo bigaragambyaga, ugasanga umupolisi arimo kurasa umuturage […]

Uganda: Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yirukanwe mu gisirikare

Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016 mu gihugu cya Uganda nibwo radio yatangaje iyirukanwa rya Brig. Gen. Leopold Kyanda wari umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka mu gisirikare cya Uganda (UPDF). Ubwo yabazwaga kugira icyo avuga kuri aya makuru, umuvugizi w’igisirikare, Col Paddy Ankunda yavuze ko ari ukuri yirukanwe, aho kugira byinshi avuga, yongeraho ko […]

U Rwanda nta bundi bucuti bwihariye rufitanye n’impunzi z’Abarundi-Min Mukantabana

Minisiteri y’imicungire y’impunzi no gukumira ibiza iratangaza ko u Rwanda nta gahunda rufite rwo kumarana igihe kirekire impunzi z’Abarundi nk’icyo Abakongomani bamaze mu Rwanda, ndetse ko nta n’iyindi gahunda u Rwanda rufitanye n’izi mpunzi uretse kuba rwarazakiriye mu rwego rwo kugaragaza igikorwa cya kimuntu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro n’itangazamakuru, Minisitiri Mukantabana Seraphine yatangaje ko u […]

Rubavu: Abayobozi ba koperative y’abahinzi b’icyayi mu maboko ya polisi

Abagize komite ishinzwe imicungire ya koperative y’abahinzi b’icyayi ya Mpfunda bari mu maboko ya polisi bashinjwa gucunga nabi umutungo w’iyi koperative ubarirwa muri miliyoni 17 z’Amanyarwanda. Amakuru ava mu gipolisi mu Karere ka Rubavu akaba yemeje ko perezida, visi perezida n’umucungamutungo b’iyi koperative bafashwe bakurikiranweho gucunga nabi umutungo wa koperative bari bashinzwe kureberera. Biravugwa ko […]

Ibibazo 5 benshi bibaza ku kurangiza k'umugore bitiranya no kunyara kwe

Iyo uganiriye n’abagabo bafite abagore hari abo usanga batazi gutandukanya ukurangiza k’umugore (orgasme) no kunyara kwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ese bitandukanira he? Kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, […]

Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya ushinzwe imibereho myiza

Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2016, umujyi wa Kigali wabyukiye mu matora y’umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Muhongerwa Patricia nyuma y’uko uwo asimbuye nawe amaze igihe ahinduriwe inshingano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo mu mujyi wa Kigali habyukiye igikorwa cy’amatora cyakozwe n’abajyanama b’umujyi wa Kigali mu rwego rwo kurebera […]

Burundi: Nyuma y’amasasu, hadutse ibibazo bishya bitoroheye Nkurunziza

Mu gihe intambara, ubuhunzi, ubwicanyi, gufata abagore ku ngufu n’ibindi bibazo byinshi bitari byabonerwa umuti uhamye, ubu mu Burundi hadutse ibibazo bishya mu baturage nabyo byakuruwe no kwiharira ubutegetsi kwa perezida Pierre Nkurunziza, abakurikiranira hafi ibibera mu Burundi baravuga ko n’ubwo ubu urasuku rw’amasasu rutakiri rwinshi mu gihugu hamaze kwaduka noneho ingaruka z’ibyabaye mu mwaka […]

RDC: Amasasu aravuza ubuhuha i Kinshasa nyuma yo kurangira kwa manda ya Kabila

Urusaku rw’amasasu rwabyutse rwumvikana kuri uyu wa Kabiri mu turere dutandukanye two mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe haramutse imyigaragambyo isaba perezida Kabila kuva ku butegetsi nyuma y’aho manda ye irangiriye mu ijoro ryakeye. Abantu bari I Kinshasa bavugaye na reuters dukesha iyi nkuru, bavuze ko humviaknye amasasu, ndetse umwe […]

Ntuzabyare wumva ko leta izagufasha kurera-Min Nyirasafari

Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango irasaba iratangaza ko nta muntu ugomba kubyara ateganya ko azafashwa na leta kurera abana be ahubo ko mbere yo kubyara bagomba kubanza kubitegura no kureba niba barateganyirije abo bazabyara. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Nyirasafari Esperance mu kiganiro aherutse kugirana n’urubyiruko rwibumbiye mu muryango EARG, aho yibukije ibi […]

Abakora Igenagaciro barasabwa gukora kinyamwuga

Minisiteri y’umutungo kamere mu Rwanda yasabye abakora mu mwuga w’igenagaciro ku mitungo itimukanwa gukora neza akazi kabo mu buryo bwa kinyamwuga kugirango babashe kugira icyo bafasha abo bakorera ndetse banafashe inzego zitandukanye zirimo n’iza leta kurushaho kunoza serivice zigenerwa abaturage. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi minisitiri w’umutungo kamere, Dr Vincent Biruta yabitangaje mu biganiro by’iminsi ibiri iyi […]

Ikibazo cya Stade ya Gicumbi kirengagijwe mu Mushyikirano kizasubizwa na nde?

Kuba Akarere ka Gicumbi gahagaze neza mu mihigo y’uyu mwaka , bisa n’aho biri gutungana kakanahabwa amahirwe yo gukorerwamo ibikorwa by’indashyikirwa, akaba ariko karere ko mu Ntara y’Amajyaruguru kakorewemo igikorwa cy’inama y’umushyikirano ku nshuro ya 14. Nkuko mu gihugu hose havugwaga ibijyanye n’iyi nama y’umushyikirano waberaga muri Kigali Convention Centre I Kigali , no ku […]

Nahimana Thomas ushaka kuba Perezida mu Rwanda, yavuze ku mugore n'uruhinja bararanye mu mbeho

Nyuma yo kwangirwa kwinjira ku butaka bw’u Rwanda ubwo yari ageze ku kibuga cy’indege muri Kenya, Padiri Nahimana Thomas yatangaje ko na n’ubu ivarisi ye igifunze ko isaha ku isaha azongera agafata urugendo agana i Rwanda by’umwihariko anasobanuro iby’uruhinja rw’amezi 7 bararanye mu mbeho aho muri Kenya. Aganira n’itangazamakuru aho yasubiye mu Bubiligi, Padiri Nahimana […]

Dr Nkosazana yasabye ibihugu bya Afurika kwigana u Rwanda

Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Dr Nkosazana Dlamini Zuma yatangaje ko iterambere ryihuse mu bukerarugendo ari ingaruka zo kuba igihugu cyarafunguriye amarembo Abanyafurika. Ibi umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe yabitangaje kuri uyu wa Mbere ashimangira ko urujya n’uruza mu bwisanzure rw’Abanyafurika ku mugabane wabo bishobora kugira ingaruka nziza aho kuba mbi. […]

RDC: Abasaga 41 baguye mu mvururu zamagana Perezida Kabila mu cyumweru kimwe

Mu gihe abantu benshi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bari bategereje kumva icyo Perezida Kabila atangaza ku kijyanye no gusoza manda ye ya nyuma no kurekura ubutegetsi, ijambo rye ryakurikiwe n’ibihe bitari byiza kuri bamwe kuko yongeye guca amarenga ku kijyanye n’uwamusimbura kuri uriya mwany w’ubuperezida ndetse na mbere yaho hakaba hari hakomeje gupfa […]

Ubutegetsi bwa Trump, igihombo ku bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara

Raporo yashyizwe ahagaragara iragaragaza ko mu gihe perezida mushya wa leta zunze ubumwe z’Amerika azaba atangiye kuyobora hari ibihugu byo ku mugabane w’Afurika byiganjemo ibyo munsi y’ubutayu bwa Sahara na EAC nka Kenya na Tanzania bizagira ihungabana ry’ubukungu mu buryo bukomeye . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Raporo y’ikigo cy’Abongereza mu by’ubukungu igaragazqa ko ibihugu nka Kenya,Tanzania, Ethiopia, […]

Burundi: Abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bari bakatiwe burundu basubiye mu rukiko

Kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza mu Burundi abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bongeye kugezwa imbere y’urukiko rusesa imanza, aho abashinjwa n’abunganizi babo mu mategeko basabye urukiko gusubiramo urubanza bushyashya. Amakuru dukesha Ijwi rya Amerika aravuga ko uru rubanza rwo kuwa mbere rwabaye mu muhezo umwanzuro wa nyuma ukazafatwa mu gihe cy’iminsi 30 iri imbere. […]

Nyarugenge: Hafashwe ingamba zo kurushaho kubungabunga umutekano mu minsi mikuru

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafashe ingamba zo kurushaho kubungabunga no gusigasira umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru isoza uyu mwaka. Hari mu nama y’umutekano yabaye ku wa 19 Ukuboza yahuje inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’aka karere, ikaba yari iyobowe n’Umuyobozi wako, Kayisime Nzaramba. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda muri aka karere, Superintendent of Police […]

Ambasaderi w’u Burusiya muri Turukiya yapfuye arashwe

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2016, uwari ahagarariye leta y’u Burusiya mu gihugu cya Turukiya Amb. Andrei Karlov yishwe arashwe n’umupolisi wo muri kiriya gihugu nyuma y’imyigaragambyo yo mu gace ka Alepo muri Siriya aho iyo myigaragambyo yari iyobowe n’Abarusiya. Uyu Ambasaderi Andrei Karlov arashwe nyuma y’uko hari hashize iminsi abandi bantu […]

Burundi: Insoresore zo mu Mbonerakure zashinze bariyeri ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Mbonerakure mu gihugu cy’u Burundi zikomoka mu ntara ya Kirundo iherereye mu majyaruguru y’igihugu bihaye akazi ubusanzwe kakorwaga n’urwego rwa Polisi, aho aba basore bashyizeho iyabo bariyeri ihagarika usohoka cyangwa akinjira mu gihguu cyy’u Burundi.   Amakuru atangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko aba […]

RDC: Umusirikare wa Monusco yaguye mu mirwano ikomeye yadutse i Butembo

Inyeshyamba 5, umusirikare wa Monusco ukomoka muri Afurika y’Epfo n’umusirikare umwe wa FARDC biciwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza cyagabwe n’abantu bitwaje ibirwanisho muri Butembo ho mu burasirazuba bwa Congo. Amakuru aturuka muri Congo aravuga ko icyo gitero cyagabwe kuri gereza iri muri uyu mujyi. Imibare y’abaguye muri iki gitero […]

Ni irihe sano ryashyizwe hagati y’abahawe ijambo mu mushyikirano na 04/08/2017?

Theopiste ati “Ndabashimiye cyane Nyakubahwa perezida wa Repubulika, u Rwanda twifuza, hari uwo twifuza, dukunda tugifitiye icyizere, dushaka no gukomeza kubishinga itariki ya kane y’ukwezi kwa munani simvuga byinshi ikituri ku mutima niho kizagaragarira” Umuhesha w’amagambo Barore Cleophas “Urakoze Nyakubahwa perezida wa Repubulika n’ubundi nari nabivuze ntabwo kwari ukumusimbuka ahubwo kwari ukumwikuza kandi ijambo asorejeho […]

Burundi: Indege ya perezida Nkurunziza yari itegerejwe yageze i Bujumbura

Indege ya perezida Nkurunziza, yo mu bwoko bwa Golf Stream 4, yari imaze iminsi itegerejwe yageze mu gihugu cy’u Burundi mu mpera z’icyumweru gishize . Iyi ndege yaturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriwe kuwa 15 Ukuboza ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Bujumbura na minisitiri w’umutekano, Alain Guillaume Bunyoni na minisitiri w’ubwikorezi, Jean Bosco […]

Indake Hitler yubatse mu Bufaransa yatwaye akayabo u Budage butapfa kubona muri iki gihe

Nyuma yo kwigarurira igihugu cy’u Bufaransa mu ntambara ya Kabiri y’Isi yose, Adolphe Hitler yategetse ko hubakwa indake ku nkengero z’inyanja ya Atlantika mu rwego rwo kubuza ingabo zamurwanyaga zishyize hamwe kumutera zinyuze muri aya mazi y’inyanja. Bivugwa ko iyi ndake ya Hitler yubakwa yatwaye akayabo k’amadolari udashobora kubaza u Budage ngo buyakwereke muri iki […]

Niba uri umukobwa, dore abasore bashaka umukunzi (fungura ubone nimero)

1. Nitwa Uwihirwe, ndashaka umukunzi uzambera urubavu vuba uri hagati y’imyaka 21 na 31, muremure guhera 1m na 70, ufite ubwiza bw’uruhu bw’umwimerere, indangagaciro z’umunyarwandakazi, amashuli nibura A2 kuzamura, aho waba usengera hose. Ndi umugabo watawe n’umugore twari tumaze gushakana ajya hanze yewe anakuyemo n’inda yanjye, imyaka 39, 1m na 75, imibiri yombi, wiyubaha nkizera […]

Ambasaderi w’u Rwanda muri Koreya y’Epfo yaratiye amahanga uruhare rw’umugore mu iterambere

Ambasaderi w’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, Isumbingabo Emma-Francoise yaratiye abandi uko umugore ahabwa agaciro mu Rwanda ndetse n’iterambere igihugu kimwitezeho muri ino minsi ya none ugereranyije no mu bihe byashize. Mu kiganiro kigufi uyu muyobozi yagiranye n’ikinyamakuru Koreatimes kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Ukuboza 2016, Amb. Isumbingabo yagize ati kuri ubu umwana w’umukobwa […]

IBUKA yamaganye ifungurwa rya Nahimana na Rukundo bari barahamijwe uruhare muri jenoside

Ihuriro ry’amashyirahamwe y’abarokotse jenoside, IBUKA, ryamaganye bikomeye icyemezo cyo kurekura babiri bafatwa nka bamwe mu bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi ari bo; Ferdinad nahimana na Emmanuel Rukundo baherutse kurekurwa na perezida w’Urukiko rwashyiriweho kurangiza imanza zitarangijwe na ICTR, Umucamanza Theodor Meron. Aba bagabo bombi barekuwe bari bafungiye muri gereza yo muri Mali, aho Nahimana yari yarakatiwe […]

Urubanza rwa Ntaganzwa Ladislas rwimuriwe muri 2017

Umunyarwanda Ladislas Ntaganzwa ukurikiranwe ho ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu rukiko rukuru kugirango aburane ku byaha aregwa ku nshuro ya kabiri we n’umwunganizi we bongera kugaragaza imbogamizi zaviriyemo urubanza kwimurwa ku wa 06 Werurwe 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ladislas Ntaganza n’umwunganizi we bagaragaje imbogamizi zirimo ko batabonye umwanya wo gusoma amapaje igihumbi Magana ane na mirongo […]

Ese umuvuduko DASSO zari zizanye wari gusiga iki?

Kuva ku itariki ya 30 Gicurasi 2014, nibwo mu ishuri rya Polisi i Gishari mu karere ka Rwamagana hatangiye kubera amahugurwa y’uru rwego rushya DASSO (District Administration Security Support Organ) rushinzwe umutekano, rwaje rusimbura icyahoze cyitwa “Local Defence”. Muri icyo gihe, umuyobozi w’uru rwego, CP Bruce Munyambo, yatangaje ko uru rwego mbere yo kujya mu […]

Abanyakigali mu nzira zo gutanga umusanzu w’umutekano urenze uwo batangaga

Abayobozi b’inzego z’ibanze muri Kigali batangije igikorwa gishya cyo gukusanya amafaranga yo gufasha kongerera ubushobozi abanyerondo mu rwego rwo kurushaho gukumira ibyaha. Aba bayobozi bakaba bavuga ko amafaranga azaboneka azakoreshwa mu gutuma irondo rirushaho gukorwa kinyamwuga. Ubusanzwe amarondo yakorwaga ku rwego rw’imidugudu abayakora basimburana, hakaba bamwe mu baturage bahitamo kwishyura amafaranga aho kurirara, ariko ngo […]

Perezida Kenyatta arashinjwa kunanirwa gufunguza abanyakenya 4 bafungiye muri Sudani y’Epfo

Abanyakenya 4 bafungiye mu gihugu cya Sudani y’Epfo guhera mu kwezi kwa 6 uyu mwaka wa 2016. Imiryango y’aba bantu irashinja Perezida Kenyatta gutsindwa kugarura abo bantu bo mu gihugu cye basa n’abafashwe bugwate mu gihugu cy’abandi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba banyakenya bafunganywe n’abandi banya Sudani 12 bashinjwa guhimba amafaranga no gukora ibikorwa bya forode muri […]

Ibaruwa Muhammad Ali yandikiye Mandela yagurishijwe mu cyamunara

Ibaruwa igihangange mu mukino w’iteramakofe, Nyakwigendera Muhammad Ali, yandikiye Nelson Mandela amufata mu mugongo nyuma y’urupfu rw’inshuti yarwanyaga ingoma ya gashakabuhake, yagurishijwe Amapawundi 7.200 asaga 7.200.000 z’Amanyarwanda. Iyi baruwa yandikishije imashini, iriho umukono wa nyir’ubwite, Muhammad Ali ari muri Afurika y’Epfo, yoherejwe muri Mata 1993, yagurishirijwe muri cyamunara yabereye mu mujyi wa Devizes. Andrew Aldridge […]