Perezida Mugabe yamaze kwemezwa nk’umukandida wa Zanu-PF mu matora yo mu 2018

Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yongeye gutoranywa n’ishyaka rye, Zanu-PF ngo azarihagararire mu matora yo mu 2018. Iki cyemezo kikaba giherutse gufatirwa kuri uyu wa Gatandatu ushize mu nama ngarukamwaka y’ishyaka Zanu-PF yabereye mu mujyi wa Masvingo, Mugabe akaba agiye kongera indi myaka kuri 36 amaze ayoboye Zimbabwe. “ Ishyaka ryagaragaje ko rizashyigikiye perezida ndetse […]

Ibikorwa by’ubushotoranyi hagati y’Amerika n’u Bushinwa biraca amarenga y’imirwano

Intambara y’urudaca yo guterana amagambo hagati y’igihugu cy’u Bushinwa n’Amerika kuva Perezida Trump yatsinda amatora ikomeje gufata indi ntera. Ibi bihugu 2 by’ibihangange haba mu bukungu no mu bya politiki, bikomeje kutajya indizi ndetse bikaba binagaragarira mu bikorwa bimwe na bimwe umuntu yakwita ko ari ibisanzwe ariko igihe icyo aricyo cyose bishobora gukurura umwuka mubi […]

Miss World: Mutesi Jolly w'u Rwanda yatashye amara masa (AMAFOTO)

Umunyarwandakazi wari uhagarariye igihugu mu marushanwa y’ubwiza ku Isi, Miss Mutesi Jolly yatashye atabonye igihembo na kimwe muri aya marushanwa yashojwe muri Amerika kuri uyu wa 18 Ukuboza 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri rushanwa ryegukanywe n’uwitwa Stephanie Del Valle wo muri wo muri Puerto Rico, mu gihe igisonga cya mbere cyabaye Yaritza Reyes wo muri Dominican […]

Nyagatare: Babiri bafatanywe magendu z’inzoga zinyuranye n’amasashi atemewe

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare yafatanye umugabo n’umugore magendu z’inzoga z’ubwoko butandukanye ndetse n’amasashi atemewe gukoresha mu Rwanda ya pulasitiki. Abafashwe ni Habiyaremye Edouard na Ingabire Chantal. Bafashwe tariki ya 17 Ukoboza mu kagari ka Mimuri, umurenge wa Mimuri. Bafatanywe amakarito abiri n’igice ya magendu y’inzoga ya African Gin, amakarito atatu ya Zebra […]

Ethiopia: Hatashywe urugomero rw’amashanyarazi ruri mu zikomeye ku mugabane wa Afurika

Kuri uyu wa Gatandatu kuwa 17 Ukuboza 2016 igihugu cya Ethiopia cyatashye urugomero rw’amashanyarazi ruri mu zihambaye kuri uyu mugabane wa Afurika. Uru rugomero rukunze gukurura impaka ku mikoreshereze itavugwaho rumwe y’amazi azajya arukoresha, amazi y’umugezi n’ikibaya cya Omo na bimwe mu biyaga byo muri Kenya byashyizweho na Loni muri imwe mu mitungo kamere ya […]

Yemen: Mu cyumweru kimwe hamaze kwicwa Abasirikare 93

Kuri uyu wa 18 Ukuboza 2016 igitero cy’umwiyahuzi cyatewe mu nkambi icumbikiye Abasirikare bo mu gihugu cya Yemen mu gace ka Aden cyahitanye abasirikare 48, ni igitero cyagabwe n’umuyahuzi wo mu nyeshyamba za IS nk’uko zahise zibygamba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Yemen, ngo aba basirikare bari bateraniye hamwe bari guhembwa umushahara wabo […]

Mugore dore ibintu 5 ugomba kwirinda gukora ku gitsina cy’umugabo

Abashakanye bajya bagire ibihe byo gukina no kwinezeza mu rugo rwabo cyane cyane iyo biherereye mu cyumba cyabo cyangwa bagiye koga, muri uko gukina hari ubwo umunezero wabo ugera kure ku buryo hatabayeho kwirinda habaho kubangamirana mu buryo bukomeye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nkuru igizwe n’ibintu bitanu by’ingenzi abashakashatsi bemeza ko umugore wese aba agomba kwirinda […]

Abafana ba Rayon Sport ngo Kiyovu ni iyo gukabya gusa yabatengushye

Ikipe ya Kiyovu Sport yananiwe guhagarika igitutu cya APR FC kuri Rayon sport, abafana ba Rayon sport bati “Kiyovu Sport idashoboye guhagarika umuvuduko wa APR FC ni iyo gukabya gusa”. Uretse aba abandi benshi bo baravuga ko ubu ahubwo ari bwo Shampiyona igitangira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu bwoba n’igihugunga byabaye byinshi ku bafana b’ikipe ya Rayon […]

Dore ibintu 6 bishobora kugufasha kugira ubuzima bwiza

Kugirango ubuzima bw’umuntu bugende neza hari ibintu byinshi aba agomba gukora cyangwa no kurya. Muri ibyo bintu bwiza.com yagerageje kwegeranya bishobora kugufasha mubizima bwa buri munsi. Kurya imbuto Imbuto zifitiye umumaro munini ubuzima bw’umuntu kuko zigaragaramo intungamubiri zitandukanye. Aha tugaruka ku rubuto rwa Pome. Uru rubuto rukungahaye ku masukari kamere, iyi sukari ikaba ifasha cyane […]

Burundi: Umuhuza Benjamin Mkapa yishe bwa kabiri mwalimu Nyerere na Nelson Mandela

  Umuvugizi w’inama y’igihugu ishinzwe kubahiriza no gushyira mu bikorwa amasezerano y’Arusha n’andi mategeko mu Burundi, Pancrace Cimpaye yatangaje ko ibyo Benjamin Mkapa wagizwe umuhuza w’impande zihanganye aherutse gutangaza ngo ni ukwica bwa kabiri Mwalimu Nyerere na Nelson Mandela, uyu mugabo kandi yemeza ko mu gihugu akomokamo cy’u Burundi nta butabera bwigenga buharangwa . Cimpaye […]

Umuhanzi Wizkid wo muri Nigeria arahigishwa uruhindu n’ubutabera bwo muri Uganda

Muri iki cyumweru dusoza nibwo urukiko rukuru rwa Kampala muri Uganda rwasabye Polisi mpuzamahanga guta muri yombi umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi ku izina rwa Wizkid ukomoka mu gihugu cya Nigeria kubera ibyaha ashinjwa by’ubwambuzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri bwiriza ryatanzwe ku wagatanu w’iki cyumweru ubwo urukiko rwagarukaga ku kirego cy’uyu muganzi wagombaga gukorera igitaramo ku […]

Gatsibo: Ubuzima bw’abaturage buri mu kaga kubera gukoresha amazi mabi

Abaturage bo mu murenge wa Gasange ho mu karere ka Gatsibo baravuga ko murenge wabo ariwo murenge wonyine mu karere utagira amazi, ibi bikaba bibagiraho ingaruka mu mibereho yabo ya buri munsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage bavuga ko ikibazo cy’amazi ari kimwe mu bibazo bibugarije kuko bakora urugendo rurerure bajya gushaka amazi yo mu bishanga […]

“Irema ryo muri Bibiliya ribaye ukuri Imana yaba ikora Maji” Papa Francis

Umuyobozi wa Kiliziya Gatulika kuy isi yatangaje ko Imana avuga ko ahagarariye mu isi itigeze ikoresha uburyo bw’irema nk’uko biri muri Biiliya, Papa Francis yavuze abantu baramutse bemeye ko Imana yaremye ibiri ku isi nk’uko byanditse muri Bibiliya ngo baba bemeje ko Imana ari inyabukoryo, (Magician) [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Papa Francis yabitangaje ubwo yaganirizaga abanyeshuri […]

Mpyisi simuzi, numva ngo ni ikirangirire, numvaga avugwa n’abakannyi b’i Nyanza- Twagiramungu

Umunyapolitiki Twagiramungu Faustin, ashimira bamwe mu bagiye bakurikirana ubuzima n’iby’urupfu rw’umwami Kigeli V Ndahindurwa, gusa atangaza ko Pasiteri Esra Mpyisi atamuzi, gusa ngo yajyaga yumva avugwa n’abitwaga Abakannyi b’iNyanza. Ati: “Sinabura gushimira cyane pasiteri Mpyisi, kandi sinamushimira wenyine, nashimira na Benzige, Benzige we aranzi twagiye duhura kensha nka gatatu i Washington, Mpyisi we simuzi numva […]

Kaminuza y’u Rwanda igiye kurangiza ikibazo cy’abanyeshuri batabonaga amafaranga ya stage

Kaminuza y’u Rwanda yatangaje ko igiye guhagurukira ikibazo cy’abanyeshuri batabonaga ndetse n’ababonaga amafaranga abafasha kwimenyereza ibyo bize azwi nka “Internship fees” iki kubazo kikarangira byihuse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’uko mu mwaka ushize w’amashuri ndetse no mu yawubanjirije hagaragaye cyane ibibazo bitandukanye by’abanyeshuri batabona amafaranga abafasha kwimenyereza mu bityo bikagira ingaruka mumyigire yabo. Kuri iki […]

Ni iki wakora mu gihe usanze umugabo mwashakanye afite igitsina kinini?

Abantu benshi bakunze guhura n’ikibazo nk’iki mu gihe bamaze gusezerana kuzabana akaramata, ugasanga nubwo byagenda bite ni ikibazo badashobora kwikura. Umuntu yakwibaza ati ese biterwa n’iki gusanga umuntu uri mu kigero cyo gushinga urugo ariko ugasanga uwo baryamanye ntibahuza neza kubera ingano y’ibitsina byabo. Abagore benshi bakunda ibitsina bitari bito ariko bitari na binini cyane. […]

Urutonde rw’ibihugu by’Abazungu bifite injiji nyinshi ku isi

Biratangaje kubona bimwe mu bihugu byateye imbere cyane ku isi biri ku myanya y’imbere mu kugira injiji nyisnhi, Ibihugu byatoranyijwe nk’ibyibitseho abantu b’injiji benshi muri uyu mwaka wa 2016 hagendewe ku bumenyi by’abaturage ku buzima bwa buri munsi bw’gihugu cyabo, ni ukuvuga ubumenyi bafite ku mibereyo y’igihugu mu by’ubukungu na gahunda zose z’igihugu muri rusange. […]

RDC: Imitwe ya Politiki n'amadini byananiwe kumvikana mu gihe Perezida Kabila yitegura kurangiza manda ye

Mu gihe Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph kabila yitegura kurangiza manda ye ya nyuma, abahagarariye imitwe ya politiki muri iki gihugu bananiwe gufata umwanzuro ku cyaba kigiye gukurikiraho mu gihe hakiri amarenga ko Perezida Kabila ashaka gukomeza kugundira ubutegetsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu nama y’igitaraganya yabaye kuri uyu wa gatandatu yari yahije […]

Umurundikazi, Iry Tina yateye indi ntera yo kwiyambika ubusa kuri interineti- AMAFOTO

Iry Tina, ni umurundikazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, uyu mukobwa nyuma yaho ashyiriye hanze amafoto ye ari mu myambaro izwi nk’iyo kogana (bikini), benshi bamwibajijeho kugera naho bamufata nk’uwigana ibikorwa n’abakobwa bashaka kumenyekana bo muri Uganda. Aya mafoto y’uyu mukobwa, yayasangije abakunzi be abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, arangije agenda ashyiraho amagambo […]

Ngororero: Abanyeshuli bari mu biruhuko baganirijwe ku icuruzwa ry'abantu

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa ku wa 15 Ukuboza yagiranye inama n’abanyeshuri bo mu murenge wa Nyange bari mu biruhuko; abaganiriza ku icuruzwa ry’abantu; kandi abasaba kwirinda kugwa mutego w’abakora iki cyaha. Icyo kiganiro cyitabiriwe n’abagera kuri 200; kikaba cyarabereye mu Ishuri ryisumbuye rya […]

Perezida Obama yahaye gasopo Putin w’Uburusiya

Mu gihe bivugwa ko Uburusiya bwinjiye muri amwe mu mabanga ya Amerika, ndetse ko ibyabaye mu matora bari babizi, kuri ubu Perezida Obama yahaye gasopo Vladimir Putin w’Uburusiya. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo mu ikiganiro aba baperezida bose bagiranye kuri Email bavuga ku ibyerekeranye no kwiba amabanga ya Amerika mu gihe cy’amatora, ngo Obama yabwiye mugenzi […]

Frank Habineza uyobora Ishyaka Green Party yijeje intsinzi ku matora y’Umukuru w’igihugu.

Kuri uyu wa 17 Ukuboza 2016, Ishyaka Green Party riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryashyize ku mugaragarop ugomba kuzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu mu mwaka utaha wa 2017, aho uwari umuyobozi waryo Dr Frank Habineza ari we wemejwe n’abanyamuryango b’ishyaka rye kuzahatana mu matora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatandatu, Dr […]

Burundi: Abanyarwanda 6 bari batawe muri yombi birukanwe

Kuri uyu wa kane ushize, Abanyarwanda 6 birukanwe mu gihugu cy’u Burundi, aho amakuru dukesha SOS Media ivuga ko abapolisi babakuye hagati mu gihugu mu Ntara ya Gitega bakabajyana bakabageza ku mupaka w’u Burundi n’u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umujyanama mukuru w’umuyobozi bita Buramatari mu Kirundi, yatangaje ko aba Banyarwanda babaga mu Burundi nta byangombwa bibemerera […]

Mu myaka 4 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza amadolari 1240 ku mwaka avuye kuri 720 — Min. Gatete

Mu myaka 4 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza ku mwaka byibuze amadolari 1240 mu gihe ubu yinjiza amadolari 720 nk’uko byatangajwe na minisitiri w’imari, Claver Gatete. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’imari Claver Gatete yavuze ko mu 2035 Umunyarwanda azaba yinjiza ku mwaka amadolari 4,000, naho mu 2050 akazaba yinjiza amadolari 12,000. Ibi akaba yabitangarije mu nama […]

Umuhanzi Jay Ky uzwi muri Turahitinga yagiye gukomereza amasomo mu Bubiligi

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukiri muto uzwi ku izina rya Jay Ky kuri ubu arabarizwa ku mugabane w’u Burayi, mu gihugu cy’u Bubiligi aho yagiye gukomereza amasomo ye, aho ari kuba mu mujyi wa Anderlecht. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore w’imyaka 18 gusa y’amavuko aganira na Bwiza.com yadutangarije ko yahagurutse i Nairobi muri Kenya aho yigaga mu ishuri […]

Ban-Ki-moon agiye kwiyamamariza kuyobora Koreya y’Epfo

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon yatangaje ko agiye guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu iwabo muri Koreya y’Epfo. Ibi akaba yabitangaje mu gihe manda ye muri Loni irangirana n’uku kwezi kw’Ukuboza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro cye cya nyuma n’itangazamakuru nk’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ban Ki-moon yatangaje ko namara kuruhuka azasubira mu gihugu cye akareba uko yagifasha. […]

Amafoto: Umuyobozi mushya wa Njyanama y'Akarere ka Nyarugenge yarahiye

Akarere ka Nyarugenge kabonye Umuyobozi mushya w’Inama Njyanama yako wamaze no kurahirira inshingano ze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 17 Ukuboza 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bwana Antoine Mutsinzi watowe, yari asanzwe ari umujyanama anakuriye komisiyo y’ubukungu muri iyi njyanama n’ubundi y’Akarere ka Nyarugenge, akaba yasimbuye ku buyobozi bwa Njyanama Hon. Isaac Munyakazi uherutse […]

Umwana wa Diamond umaze ibyumweru 2 avutse, afite abamukurikira basaga ibihumbi 56- REBA AMAFOTO

Prince Nillan, mi umwana wa kabiri w’umuhanzi Diamond ukomoka muri Tanzania, yabyaranye n’umuherwe Zari, uyu mwaka mu gihe amaze ibyumweru bibiri avutse amaze kwigwizaho abamukurikira (followers) basaga ibihumbi 56,756 kuri Instagram. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu gihe ibi bitangaza benshi uburyo uyu mwana yatangiye kwamamara ataranamenya ibibera kuri iyi Isi, mukuru we Princess Tiffah, amaze kugira abarenga […]

Muhanga: Umuyobozi wa gereza yibukije abahawe imbabazi kwitwararika batazongera gufungwa

Abagororwa 48 bari bafungiye muri Gereza ya Muhanga bamaze gufungurwa by’agateganyo, muri 814 bagomba gufungurwa mu gihugu hose. Iri fungurwa ryabaye nyuma y’ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri yo ku wa 09/12/2016 yemeje iteka rya Perezida wa Repuburika mu bubasha ahabwa n’itegeko nshinga ryo gufungura abagororwa ku gice cy’igifungo bakatiwe n’inkiko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri fungurwa kandi riri mu […]

Intambara ya M23 na Jenoside yakorewe Abatutsi, ni bimwe mu byashegeshe umujyi wa Goma

Mu mwaka w’1994 nibwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yabaye ariko yarateguwe mbere n’ubuyobozi bwariho mu Rwanda, abari abasirikare ndetse n’Interahamwe bafashe iya mbere bahungira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma yo kugarika imbaga. Kuba Interahamwe n’abasirikare ba Leta barahungiye muri Congo, ibi byari bifitanye isano n’ubucuti Perezida Mobutu wa Zarire yari afitanye na […]

RDC: Ibitero bya ADF birimo icyagabwe ku kigo cya gisirikare byaguyemo batatu

Kuri uyu wa Gatanu ingabo za Congo, FARDC zasubije inyuma ibitero bibiri by’inyeshyamba bikekwa ko ari izo mu mutwe wa ADF mu giturage cya Nadwi no ku kigo cya GARLIC, mu birometero byibuze 50 ugana mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’umujyi wa Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola 1 yavuze ko inyeshyamba 3 zishwe […]

Burundi: Hongeye kugabwa igitero cy’abitwaje intwaro

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira ku wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2016, abantu 7 barimo abapolisi batatu bakomerekeye mu gitero cyagabwe mu ntara ya Bururi, muri hoteli bita “Phoenicia”. OP1 Pierre Nkurikiye, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, avuga ko icyo gitero cyabaye ahashyira saa munani z’ijoro abantu babiri binjira muri iyo hoteli […]

Burkina Faso: Abasirikare 12 biciwe mu gitero cyagabwe mu kigo cya gisirikare

Abasirikare 12 ba Burkina Faso bivuganwe n’intagondwa zitaramenyekana mu majyaruguru y’igihugu nk’uko bitangazwa n’inzego z’umutekano z’iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, dukesha aya makuru, byatangaje ko izo ntagondwa zateye ikigo cya gisirikali mu mujyi wa Nassoumbou, hafi y’umupaka n’igihugu cya Mali zikanatwika amwe mu mazu n’amamodoka byari muri iki kigo. Nubwo nta […]

Kigali: Herekanwe abakobwa 2 bakekwaho ubujura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Ukuboza yeretse itangazamakuru abantu 3 bakekwaho ubujura no gukora impapuro mpimbano. Abakekwaho ubujura ni abakobwa 2 bitwa Nikuze Louange w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Gisagara na Twizeyimana Seraphine nawe w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Musanze, bari abakozi bo […]

Nk’u Rwanda twiteguye gufasha u Burundi kuva mu bibazo burimo – Perezida Kagame

Nk’u Rwanda twiteguye gufasha u Burundi mu buryo bushoboka kuva mu bibazo burimo. Ibi perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, itariki 16 Ukuboza 2016 nyuma y’Inama y’Umushyikirano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iki kiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye, umukuru w’igihugu Paul Kagame yabajijwe icyo atekereza ku biherutse gutangazwa n’umuhuza […]

Sudani y'Epfo: UNMISS yashimye uko ingabo z'u Rwanda ziherutse kwitwara muri Nyakanga

Ingabo z’u Rwanda zigize Batayo ya mbere ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), kuri uyu wa gatatu tariki 15 Ukuboza 2016, zambitswe imidari y’ishimwe ya Loni. Uwo muhango wabereye ku cyicaro cya UNMISS kiri mu mujyi wa Juba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa yatanze muri uyu munsi mukuru, Umugaba Mukuru w’agateganyo w’ingabo za UNMISS […]

Guterana amagambo hagati ya Kiliziya na leta y'u Rwanda mu mushyikirano

Kiliziya Gatulika yateranye amagambo n’ubutegetsi bw’u Rwanda ku kibazo cyo kuba iri dini ryasaba imbabazi ku ruhare rwaryo muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, asubiza Musenyeri Filipo Rukamba ati “Ikibazo ni uko tutemera ko kiliziya gatulika yakoze Jenoside, Jenoside ntabwo ari kiliziya yayiteguye, ntabwo ari kiliziya yatanze intwaro, niyo mpamvu twasabiye imbabazi abantu bacu, Abakirisitu […]

Abakarwanyije ingengabitekerezo ya Jenoside nibo bayikwirakwiza-Bizimana Jean Damascene

Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016 ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yongeraga kugezwaho ibibazo bitandukanye mu nama y’umushyikirano bigikomeje kubangamira iterambere ry’igihugu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside, Bizimana Jean Damascene yagarutse ku kibazo cy’abanyamahanga bakomeje kwidegembya kandi harimo n’abari baramaze gukatirwa ariko bakaza kurekurwa batarangije ibihano byabo. Mu kiganiro yatanze, Bizimana […]

Amafoto: Isanga David yasubijwe na polisi 11,400$ n’amafaranga 560,000 y’u Rwanda yari yibwe

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abakobwa babiri; Nikuze Louange na Twizerimana Sarafine bari bafatanyije kwiba umukoresha wabo, Isanga David akayabo k’amafaranga 560,000 y’Amanyarwanda ndetse n’Amadolari y’Abanyamerika 11,400. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo gufatanwa aya mafaranga bajyanywe gufungwa, mu gihe nyirayo usanzwe ari umucuruzi yasubijwe amafaranga ye. Bivugwa ko aba bakobwa kugirango babashe kwiba sebuja, babanje […]

“Turashima amaraporo twabonye meza ariko agabanuke” Habineza Frank mu mushyikirano

Umuyobozi w’ishyaka rishinzwe kurengera ibidukikije (Green Party) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’igihugu cy’u Rwanda, Habineza Frank yashimye igitekerezo cy’inama y’igihugu y’umushikirano ariko agaragaza bimwe mu byo iyi nama ikwiye kwitaho bititabwaho. Ibi Habineza yabivuze kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016 ubwo inama y’igihugu y’umushyikirano 14 yari igeze ku munsi wayo wa kabiri mu mwanya wo kwakira […]

Uganda: Kizza Besigye ngo arambiwe kwitaba inkiko kwa hato na hato ataburana

Umunyepolitiki wo muri Uganda Kizza Besigye yatangaje ko arambiwe ibikorwa bya leta ya museveni byo gukomeza kumutumiza mu nkiko kwa hato na hato ndetse rimwe na rimwe ntaburane kuko nta byaha bigaragara aba ahamwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro Besigye yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 16 Ukuboza 2016, yavuze ko ibyo ari gukorerwa na Museveni bibangamira […]

Ubuhahirane: Impamvu z’umutekano zituma bamwe mu banyekongo bahitamo kurara mu Rwanda

Ubuhahirane ku mipaka ibiri ihuza Gisenyi na Goma ni magirirane. Abanyekongo baza bakurikiye imibereho myiza n’umutekano, Abanyarwanda bakajyayo gushaka ubumenyi , amafaranga n’akazi. Mu masaha ya mu gitondo, abantu baba ari benshi ku mipaka, sibo babona saa kumi n’ebyiri zigera ngo umupaka ku ruhande rwa Kongo ufungurwe, kuko uw’u Rwanda wo utajya ufungwa. Uru rujya […]

Amafoto: Isanga David yasubijwe na polisi 11,400$ n’amafaranga 560,000 y’u Rwanda yari yibwe

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abakobwa babiri; Nikuze Louange na Twizerimana Sarafine bari bafatanyije kwiba umukoresha wabo, Isanga David akayabo k’amafaranga 560,000 y’Amanyarwanda ndetse n’Amadolari y’Abanyamerika 11,400. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo gufatanwa aya mafaranga bajyanywe gufungwa, mu gihe nyirayo usanzwe ari umucuruzi yasubijwe amafaranga ye. Bivugwa ko aba bakobwa kugirango babashe kwiba sebuja, babanje […]

Agence Bloomberg yashyize Kabila ku karubanda igaragaza uko yikubiye ubukungu bw’igihugu

Nyuma y’iperereza ryakozwe mu gihe cy’umwaka n’ikinyamakuru Bloomberg, kizobereye ibijyanye n’inkuru z’ubukungu, ibiganiro n’abantu bisaga 10 ndetse n’inyandiko zo mu buyobozi zasuzumwe, iki kinyamakuru cyagaragaje ko perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo afite ibigo bisaga 70 mu nzego zitandukanye z’ubukungu bw’igihugu zimwinjiriza we n’umuryango we amamiliyoni Magana y’amadolari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nkuru […]

Menya inkomoko y’umuhango wa gipagani wo kwizihiza Isabukuru y’amavuko

Iyi nkuru ikubiyemo ibitekerezo byakusanyirijwe mu bitabo n’inyandiko zitandukanye zo hambere zose zivuga ku munsi w’isabukuru y’amavuko ukunze kwizihizwa n’abatari bake, abenshi ntibazi ko uyu munsi ufite inkomoko mu mihango n’imigenzo bya gipagani. Dore ibyanditswe mu gitabo cyiswe Bibiliya ya Satani ( The Satanic Bible) (Anton Szandor LaVey, (Air) cyangwa igitabo cya Lusiferi cyanditswe mu […]

Charly na Nina bategerezanyijwe igishyika i Bujumbura aho bazataramira kuri Noheri

Abahanzikazi nyarwanda, Charly na Nina bategerezanyijwe igishyika mu gihugu cy’u Burundi, aho bitezweho kuzataramira Abarundi mu ndirimbo zabo zitandukanye, mu gitaramo kizabera mu Mujyi wa Bujumbura ahitwa Lacoste kuri Noheri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru UBMNews cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru kivuga ko cyagerageje kuvugana na bamwe mu bakunzi b’umuziki ngo bagire icyo batangaza ku kuntu […]

Indwara ya Zika yagaragaye bwa mbere mu gihugu cya Tanzania

Nyuma y’uko hakwirakwiriye amakuru asaba abantu kwirinda ikwirakwira ry’agakoko gatera indwara ya Zika hirya no hino ku isi, iyi ndwara yamaze kugaragara mu gihugu cy’abaturanyi cya Tanzania. Ibi byemejwe n’Umuryango mpuzamahanga ukora ubushakashatsi ku ndwara z’abantu NIMR ishami rikorera muri Tanzaniya ko muri iki gihugu hagaragaye iyi ndwara. Dr Mwele Malecela, ni umushakashatsi muri uyu […]

Amina J Mohammed wo muri Nigeria yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa Loni wungirije

Umunyamabanga Mukuru mushya w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres kuri uyu wa kane, yagize minisitiri w’ibidukikije wa Nigeria, Amina J. Mohammed, Umunyamabanga Mukuru wa Loni uzamwungiriza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Guterres yabitangaje abinyujije kuri Stephane Dujarric, umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni ucyuye igihe, Ban Ki-moon. Guterres yanatangaje ko abandi bagore babiri bazajya mu myanya yo hejuru muri Loni; […]

Ikibazo cy’abana b’abakobwa bishora mu buraya kimaze gufata indi ntera mu Rwanda

Ikibazo cy’uburaya ni kimwe mu bibazo byugarije sosiyete nyarwanda aho kimaze gufata indi ntera muri iki gihe, ugasanga cyane kibasiye abana b’abakobwa ahanini bamaze kuba abangavu ndete biganjemo abataye amashuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni kenshi muri za raporo zisohoka, iki kibazo usanga ari kimwe mu bibazo bigenda bigarukwaho cyane ndetse ukumva ko biri mu nzira yo […]

Rubavu: Abafite ubumuga biteza imbere bagaha akazi n’abatabufite

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Rubavu bagaragara mu mirimo myinshi ibateza imbere, igateza imbere igihugu, batibagiwe no guha akazi abatabufite. Bagaragara cyane mu makoperative y’ubwikorezi bw’imizigo yambukiranya umupaka, hifashishijwe amagare manini atwara hafi toni y’ibicuruzwa. Baboneka kandi mu bucuruzi bw’amakarita y’itumanaho, mu myuga inyuranye no mu mikino. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ugeze mu Mujyi wa Rubavu, […]

Amerika: Perezida Obama yeruye ku mugaragaro ko agiye guhangana na Vladmir Putin

Kuri uyu wa 15 Ukuboza 2016, Perezida Obama yikomye Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin ko yaba yaragize uruhera mu kwica amatora yo muri Amerika yinjira mu buryo butemewe ku mbuga zo guhanahana amakuru za Hilary Clinton mu gihe cy’amatora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo Perezida Barack Obama yagejeje ku itangazamakuru yagize ati”ibyo twavuze tuzanabikora. Tuzereka u […]

Shampiyona ku munsi wayo wa 9 irabanzirizwa na Deribi ikomeye

Imikino yo guhatanira igikombe cya Shampiyona mu cyiciro cya mbere mu Rwanda iraba ikinwa guhera kuri uyu wa gatanu kugeza ku cyumweru ku bibuga bitandukanye mu ntara zose z’igihugu, iyi mikino irabanzirizwa n’uhuza ikipe iyoboye urutonde rw’agateganyo na Mukura VS [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umukino witezwe n’abakunzi ba ruhago mu Rwanda ni uza guhuza ikipe ya Rayon […]

Perezida Kagame yasabye kugena igihe ntarengwa u Rwanda ruzaba rutagikeneye inkunga z’amahanga

Perezida Paul Kagame yasabye abagize guverinoma gushyiraho igihe ntarengwa u Rwanda ruzaba rutagikeneye inkunga y’amahanga muri gahunda yarwo y’iterambere. Ibi umukuru w’igihugu akaba yarabitangaje kuri uyu wa Kane, itariki 15 Ukuboza 2016 ubwo yatangizaga Inama y’Igihugu y’Umushyikirano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Perezida Kagame yavuze ko kwiringira inkunga z’amahanga ngo wishyure ibintu bifitiye Abanyarwanda akamaro ari ikibazo cyerekeranye […]

Centrafrica: Loni yashimye uko abapolisi b'Abanyarwanda bacunze umutekano ku munsi w'ubwigenge

Umuyobozi ushinzwe guhuza ibikorwa by’inzego zikorera mu butumwa bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrika MINUSCA, Brig Gen Moumouni Zankaro yavuze ashima uruhare rw’abapolisi b’u Rwanda RWAFPU-1 bagize mu kubungabunga umutekano w’abaturage mu birori biherutse kuba muri iki gihugu ubwo bizihizaga umunsi w’ubwigenge ndetse n’ubunyamwuga bakomeje kugaragaza mu kazi kabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo yavuze […]

Polisi y’u Burundi yabujije amahwemo Ababiligi

Abapolisi b’u Burundi kuri uyu wa kane bazindukiye mu gikorwa cyo gusaka inzu zituwemo n’abanyamahanga bakomoka mu gihugu cy’Ububiligi mu buryo butunguranye, ni igikorwa polisi yasobanuye ko cyarebaga Abarundi bose ariko ababikurikiraniye hafi bemeje ko hasatswe gusa inzu zicumbitsemo Ababiligi gusa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru cya SOS MĂ©dias cyandikira mu Burundi cyanditse ko inzu zasatswe ari […]

DRC: Imbuga nkoranyambaga zirafungwa

Abategetsi ba Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bashinzwe itumanaho bategetse ibigo batanga interineti ko guhagarika imbuga nkoranyambaga zose zo muri iki gihugu guhera ku cyumweru ku wa 18 Ukuboza 2016 umunsi umwe mbere y’uko Perezida Kabila arangiza manda ze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imbuga nkoranyambaga nka Twitter, Facebook, Whatapp na Instagram zizafungwa zikurikiye imikino y’umupira w’Amaguru muri […]

Burundi: Kuba Sylvestre Ntibantunganya atishwe ngo byabera urugero n'izindi mpunzi zose

Imiryango itegamiye kuri leta iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi nka PISC na CAPES+ yahamagariye impunzi z’iki gihugu aho ziherereye mu bihugu bituranyi byose gufatira urugero ku itahuka ry’uwahoze ari perezida w’u Burundi, Sylvestre Ntibantunganya wafashe icyemezo cyo guhunguka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi miryango yasabye imbunzi z’Abarundi aho ziherereye hose gufaira ku rugero rwo kuba na […]

Perezida Salva Kiir yasabye imbabazi Abanyasudani y’Epfo

Umukuru w’igihugu cya Sudani y’Epfo, Salva Kiir yatangaje ko yumva akozwe ku mutima n’akababaro k’abatuye iki gihugu nyuma y’intambara n’inzara byakuruwe no kutumvikana kw’Abanyapolitikiasaba imbabazi abaturage be avuga ko agiye guharanira ko habaho amahoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Perezida Salva Kiir yabitangaje kuri uyu wa 14 Ukuboza 2016 ubwo yagezaga ku baturage ijambo ryo gusoza umwaka […]

Reba Video ya Papa Francis agenera abatumva ubutumwa bwa Noheli

Umuyobozi wa kiliziya gatulika ku isi yongeye kugaragara akora ibimenyetso byifuriza ababana n’ubumuga bwo kutumva umunsi mukuru mwiza wa Noheli. Noheli ni umwe mu munsi mikuru yizihizwa n’Abakirisitu Gatulika ku isi, umushumba wa kiliziya yahisemo gukoresha ibimenyetso kugirango yereke abayoboke b’iri dini bafite ubumuga bwo kutumva ko abazirikana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Si ubwa mbere Papa Francis […]