Amagambo ya Tom Ndahiro nta mwanya afite muri gahunda zanjye- Ingabire Victoire

Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire atangaza ko ibyo umushakashatsi akaba n’umusesenguzi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, Tom Ndahiro amuvugaho nta mwanya bifite muri gahunda z’ibikorwa bye. Mu nyandiko yasohoye mu kinyamakuru ku wa 24 Nzeri 2018, Tom Ndahiro   avuga ko Ingabire Victoire adakwiye kwitwa umunyapolitiki, ko ahubwo  akwiye kwitwa umugore w’ubugome. Mu kiganiro ku murongo wa telefoni […]

T.I n’umugore we ntibakirara ku buriri bumwe

Umuraperi T.I n’umugore we umuraperi  we witwa Tameka Harris bakunze kwita Tiny ntibarara ku buriri bumwe nk’umugore n’umugabo. Tiny yatangarije Hollywoodlfe ko we n’umugabo we babanye neza ariko ko batarara mu nzu imwe. Ati “  Ni byo turi abashakanye kandi tubanye neza. Ntiturara mu nzu imwe. Kamere zacu zirenze kuba twarara mu nzu imwe. Abandi […]

Felix Tshisekedi aratangirira ibikorwa byo kwiyamamaza mu Mujyi wa Goma

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 04 Ukuboza 2018, Felix Tshisekedi, umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza muri Congo, aratangirira ibikorwa bye byo kwiyamamaza I Goma muri Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na Vital Kamerhe, umuyobozi w’ibikorwa byo kwiyamamaza bya perezida w’ishyaka UDPS. Vital Kamerhe, Perezida w’ishyaka UNC (Union pour la Nation Congolaise), yari […]

Tanzania: Impunzi z’Abarundi mu Nkambi ya Nduta zikomeje kwikanga Imbonerakure

Impunzi zo mu nkambi y’impunzi ya Nduta muri Tanzania ziravuga ko zimaze zibona abantu bane bitwaje imbunda muri iyi nkambi iyo ziri mu marondo ya ninjoro yasabwe n’abayobozi b’inkambi kuva uyu mwaka watangira. Aba bantu ngo bagaragaye mu bihe bitandukanye n’iminsi mu byumweru bibiri bishize, muri village ya 19muri zone ya 9, aho impunzi ziba […]

Nyamasheke: Biyemeje guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi batera ibiti by’imbuto ku mashuri

Mu guhangana n’ikibazo cy’imirire mibi ikigaragara mu bana babo, ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke bwafashe ingamba zo gukangurira buri kigo cy’ishuri kugira ibiti by’imbuto zinyuranye ziribwa. Bamwe mu baturage b’aka karere bavuga ko kuba ibiciro by’imbuto bihanitse, ari kimwe mu bishobora gutera igwingira ry’abana babo bato, ubuyobozi bukavuga ko kigiye kubonerwa igisubizo kirambye. Byagarutsweho ubwo kano […]

Diamond yagaragaye bwa mbere mu ruhame n'uwo bagiye kurushinga-Amafoto

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, umaze iminsi avugwaho kuba mu rukundo n’umunyakenyakazi  witwa Tanasha, bombi bagaragaye bwa mbere bari kumwe mu ruhame. Diamond na Tanasha Oketch bagaragaye bari kumwe ubwo uyu mukobwa yajyaga kumwakira mu mpera z’icyumweru gishize ku kibuga cy’indege kitiriwe Kenyatta (Jomo Kenyatta International Airport) i Nairobi muri Kenya, aho uyu muhanzi yari […]

Igisirikare cya Amerika gifite ibirindiro byinshi muri Afurika kurusha ibyo cyemera

Urubuga The Intercept rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri iyi week-end rwashyize ku karubanda inyandiko zihishura ibirindiro bya gisirikare iki gihugu gifite muri Afurika, aho zigaragaza ko hari byinshi kurusha ibyo igisirikare cya Amerika cyemera, byiganje mu bice bikunze kurangwamo iterabwoba. Kurwanya iterabwoba ry’abahezanguni b’Abasilamu nibyo shingiro rya AFRICOM ikigo gishinzwe ibikorwa bya […]

Nizeye gukurwaho ibyaha gusa niteguye ibyaba byose- Diane Rwigara

Umunyapolitiki Diane Rwigara avuga ko afite icyizere ko azahanagurwaho ibyaha byose aregwa  gusa akemeza ko yiteguye ibizava mu isomwa ry’urubanza rwe kuwa Kane w’iki cyumweru. Biteganyijwe ko kuwa  6 Ukuboza 2018  Diane Rwigara n’umubyeyi we Adeline Rwigara bazasomerwa imyanzuro n’urukiko rukuru mu Rwanda. Mu rubanza rwabo ruheruka, ubushinjacyaha bwasabiye Diane n’umubyeyi we  igihano cy’imyaka 22 […]

Kinshasa: Ambasade ya Amerika yongeye gufungura imiryango nyuma y’icyumweru ifunze

Nyuma y’icyumweru Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika I Kinshasa ifunze imiryango kubera kwikanga ibitero by’iterabwoba, kuri uyu wa Kabiri, itariki 04 Ukuboza irongera gufungura. Itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa mbere kuri facebook ya ambasade, rivuga ko kuri uyu wa kabiri, ambasade iribuze kongera kwakira abaturage bakeneye serivisi zayo ariko hagendewe kuri rendez-vous. […]

Ruhango: Abafite ubumuga barasabwa kubyaza umusaruro amahirwe Leta yabahaye

Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga mu karere ka Ruhango , ababufite basabwe kubyaza umusaruro amahirwe bafite cyane cyane ngo ayo Leta yabahaye ntibahore bategereje gufashwa no guterwa inkunga ahubwo bagaharanira ko batera imbere bakikura mu bukene. Karuta Eric umwe mu bafite ubumuga bo mu murenge wa Kinazi avuga ko bagifite imbogamizi zo […]

Ingabire Victoire si umunyapolitiki, icyo akwiye kwitwa ni umugore ukunda ubugome

Umushakashatsi akaba n’umusesenguzi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, Tom Ndahiro, mu nyandiko ye, avuga ko Ingabire Victoire adakwiye kwitwa umunyapolitiki, ahubwo ko akwiye kwitwa umugore w’ubugome. Ni mu nyandiko yasohoye mu kinyamakuru ku wa 24 Nzeri 2018, aho abanza kugaragaza ko mu banyamahanga ba mbere banditse bishimira gufungurwa kwa Ingabire ngo ari ‘inkoramutima z’Interahamwe’. Abo, ni […]

Umukomando kabuhariwe w’Abatalibani yarashwe na Amerika

Indege itagira umupilote (Drone) ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yishe umukomando ukomeye w’Abatalibani mu Majyepfo bwa Afuganistani. Uyu mukomando wari uzwi ku izina rya Mullah Abdul Manan, yari umwe mu barwanya Leta ya Afuganistani, ngo akaba yicanwe n’abandi bane bari kumwe muri Distrikte ya Nawzad, mu ntara ya Helmand. Nk’uko VOA ibitangaza, ngo amakuru […]

Ngiye gukora ibirenze- Umutoza Unai Emery

Umutoza w’ikipe ya Arsenal, Unai Emery ubwo yari amaze gutsinda ikipe ya Tottenham, yatangaje ko wari umukino wihariye ndetse ko agiye gukora ibirenze ibyo yakoze muri uwo mukino. Ni umukino wa Shampiyona yo mu Bwongereza, wabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Ukuboza 2018, urangira ikipe ya Arsenal inyagiye ibitego bine, kuri bibiri bya Tottenham. […]

Sindwaye meze neza- Prof. Lwakabamba avuga ku byavuzwe ko yeguye k'ubuyobozi bwa RSID

Uwahoze ayobora Ishyirahamwe Nyarwanda rigamije Iterambere Rirambye, RISD,  Prof. Silas Lwakabamba arahakana ibyatangajwe n’ibinyamakuru byo mu Rwanda ko ngo yeguye ku buyobozi bukuru bitewe n’uburwayi. Prof. Lwakabamba  avuga ko ibyavuzwe n’ibi bitangazamakuru atari byo kuko ngo we yeguye kuri uyu mwanya kuwa 5 Kamena 2018 kandi ko yatanze ibaruwa y’ubwegure bwe ikakirwa. Abinyujije ku rukuta rwe […]

Ubusambanyi mu bapadiri, ikibazo gihangayikishije cyane Papa Francis

Papa Francis yavuze ko abihayimana bakora imibonano mpuzabitsina n’ab’igitsina kimwe ari “ikibazo gikomeye cyane” avuga ko kimuhangayikishije. Ayo magambo akubiye mu kiganiro ku muhamagaro w’abihayimana, yagiranye n’umupadiri wo muri Espanye. Icyo kiganiro kikaba ari kimwe mu bigize igitabo byitezwe ko uyu mupadiri asohora kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Ukuboza 2018. Papa Francis yavuze ko […]

Ese Nkurunziza yaba yazuye dosiye y’urupfu rwa Ndadaye ngo yihorere ku bamurwanya?

Nyuma yaho bamwe mu bari abasirikare bakomeye mu gisirikare cy’u Burundi bafungiwe, Leta y’u Burundi ikaba yasohoye n’impapuro zita muri yombi abandi bantu 17 bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rwa Perezinda Melchior Ndadaye, bamwe babifashe nk’iturufu Leta yitwaje kugira ngo icecekeshe abatavuga rumwe nayo. Abasirikare bane batawe muri yombi ndetse baranafungwa, mu mpera z’icyumweru gishize […]

Minisitiri Busingye yikomye abasenateri bo muri Amerika

Minisitiri w’ Ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye yamaganiye  kure abasenateri bo muri Amerika basaba ikurwaho ry’ibyaha biregwa Diane Rwigara avuga ko badakwiriye kwivanga mu mikorere y’inzego z’ubutabera zo mu gihugu cye. Umuyobozi wungirije w’itsinda ry’abademokarate muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dick Durbin mu minsi mike ishize yasabye Leta y’u Rwanda kurekura Diane […]

RDC: Inyeshyamba 12 zishwe, batatu ba FARDC batwarwa n’umugezi

Ku Cyumweru tariki ya 2 Ukuboza 2018, ingabo za Congo/Kinshasa, zatangaje ko zishe inyeshyamba 12 Mai-Mai, FNL na She Hassan ariko n’abasirikare batatu batwara n’umugezi. Izi nyeshyamba ngo zishwe mu bitero simusiga byakozwe iminsi ibiri, mu ishyamba ya Majaga riri mu bilometero 80 uvuye i Mboko, Teritwari ya Fizi, muri Kivu y’Amajyepfo. Itangazo ryashyizweho umukono […]

Twageze mu Rwanda tuboshye, twumvaga ari ugupfa- Abavuye muri FDLR

Abageze mu Rwanda nyuma yo kwitandukanya na FDLR bavuga ko abagabo bageze mu Rwanda baboshye amaboko bityo bakaba barumvaga ko bashobora kwicwa. Mu batahuka  harimo abari abarwanyi ba FDLR, umutwe w’inyeshyamba zirwanya Leta y’u Rwanda ndetse n’imiryango yabo. Abari gutahuka muri iyi minsi, ni abaturuka mu nkambi ya Kisangani. Biyongereye ku batahutse mu cyumweru gishize baturuka […]

Ndatwite, umusore twaryamanye yanyigaramye ambwira ko atazi gutera inda- NKORE IKI?

Nitwa Chantal, mfite imyaka 23, maze imyaka ibiri ndangije segonderi nkaba ntuye mu karere ka Nyanza, nkaba ntwite inda y’amezi atandatu ariko umusore twaryamanye yanteye utwatsi ambwira ko atazi gutera inda. Mungire inama kuko uwo musore twamenyanye nkirangiza kwiga segonderi ubwo twakoranaga ibiraka mu mushinga wakoraga ibarura mu turere dutandukanye, dukundana gutyo biza kurangira urukundo […]

Rwamagana: Yanizwe anaterwa ubuhiri n’uwo yatesheje gusambanira ku karubanda

Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 2 ukuboza, mu murenge wa munyiginya umuturage yanizwe byo guhera umwuka , anaterwa ubuhiri mu rubavu. Uwamunize ngo ni uwo aherutse guhururiza irondo, ubwo yasambaniraga ku rubaraza rw’akabari, abana bashungera. Ni mu mudugudu w’Isangano, akagari ka Binunga mu murenge wa munyiginya, mu kabari k’uwitwa Gashirabake […]

RDC: Lt Col. Mabiala yakatiwe igifungo cya burundu azira ibyaha byibasiye inyokomuntu

Umusirikare mukuru mu ngabo za Congo, FARDC, yakatiwe igifungo cya burundu no guhita atabwa muri yombi nyuma yo kumuhamya ibyaha byibasiye inyokomuntu yakoreye muri Teritwari ya Kalehe mu 2013. Ni icyemezo cyafashwe n’urukiko rwa gisirikare rwa Kivu y’Amajyepfo kuwa 29 Ugushyingo uregwa adahari. Lt. Col. Mabiala Ngoma Alma, yahamijwe ibyaha byibasiye inyokomuntu birimo gufata ku […]

Imyambarire idasanzwe mu gitaramo cya Yvan Buravan -Amafoto

Umuhanzi ukunzwe na benshi hano mu Rwanda Yvan Buravan umaze imyaka itatu yinjiye mu muziki ku munsi w’ejo tariki 1 Ukuboza 2018 yamuritse umuzingo (Album)we wambere yise The Love Lab ibirori byitabiriwe n’ubwiganze bwabakobwa bambaye imyenda idasanzwe ndetse n’ibyamamare byahano mu Rwanda. Mu bantu benshi bitabiriye iki gitaramo harimo umwe mu bagore bagezweho hano mu […]

Zari Hassan yasubije abifuza ko ava mu nzu ya Diamond abamo muri Afurika y’Epfo

Umunyemarikazi Zari Hassan, akaba ari nyina w’abana babiri yabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz yananiwe kwihangana asubiza abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga bashaka ko asohoka mu nzu ya Diamond iri muri Afurika y’Epfo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Zari yavuze ko adashobora gusohoka muri iyi nzu, kuko we n’abana be baguriwe iyo nzu ngo bayibemo. Yavuze ko […]

Misiri: Umukinnyi wa filimi , Rania Youssef, ashobora gufungwa imyaka 5 azira imyambarire

Umukinnyikazi w’amafilimi wo mu gihugu cya Misiri muri Mutarama azatangira kwiregura mu rukiko azira kwambara ikanzu ibonerana mu ruhame ubwo yari yitabiriye muri iki cyumweru Iserukiramuco rya cinema rya Cairo (Cairo film festival). Rania Youssef yagaragaye ubwo iri serukiramuco ryasozwaga kuwa Kane ushize yambaye ikanzu yirabura ariko ibonerana amaguru ye n’amatako byose bigaragara. Ibi rero […]

Ubukungu bw’u Rwanda buziyongeraho 7,2% muri uyu mwaka — IMF

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) kiratangaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwitezweho kuzamuka ku rugero rwa 7.2% muri uyu mwaka, bivuye kuri 6.1% mu mwaka wabanje. Impuzandengo yo kuzamukaho yari yitezwe ni 8.6% mu gihembwe cya mbere cya 2018, ariko kugenda gahoro kwabaye mu gihembwe cya kabiri kwatumye hategenywa kuzamuka kw’ubukungu ku rugero rwa 7,2% muri uyu […]

U Rwanda rwanze kwitabira imikino ya EALA i Bujumbura

U Rwanda ntirwitabiriye imikino y’inteko ishinga amategeko ya EAC ku nshuro ya 9 igomba kumara iminsi 10 yatangiye kuri uyu wa Gatandatu, itariki 01 Ukuboza I Bujumbura. Umuvugizi wa EALA, Bobi Odiko yabwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru ko u Rwanda rutitabiriye iyi mikino. Ati: “ U Rwanda nta ruri mu Burundi .” Yongeyeho ko u […]

RDC: FARDC na Monusco byaburijemo igitero cya ADF muri Beni

Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije n’iza Monusco, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 30 Ugushyingo, zaburijemo igitero cy’inyeshyamba za ADF mu gace ka Boikene, mu Mujyi wa Beni, aho amakuru aturuka mu gisirikare avuga ko hafashwe imbunda n’amasasu by’uyu mutwe. Hari ahagana saa moya z’ijoro ubwo FARDC na brigade ishinzwe gutabara byihuse […]

Burera: Hamenwe amaduzene asaga 480 y’inzoga zitemewe

Kuri uyu wa 30 Ugushyingo mu karere ka Burera mu murenge wa Rusarabuye  hamenewe mu ruhame  ibiyobyabwenge bitandukanye byafatiwe mu mirenge ya Cyeru, Rwerere na Rusarabuye  byafashwe na Polisi kubufatanye n’abaturage. Ibiyobyabwenge byamenwe bigizwe na Litiro 296 za kanyanga,urumogi, amaduzene 169 ya chief warage, amaduzene 210 ya Blue sky,amaduzeni 38 ya kick warage, ndetse n’amaduzene […]

AMAFOTO: Ikipe ya APR FC yerekeje muri Tunisia

Ahagana saa munani na mirongo itatu z’amanywa (14:30) zo kuri uyu wa Gatandatu tariki 1 Ukuboza 2018, nibwo ikipe ya APR FC yinjiye mu kibuga cy’indege. Yerekeje muri Tunisia mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze wa Total CAF Champions League izahuramo na Club Africain yo muri iki gihugu. Umutoza mukuru wa APR F, CJimmy Mulisa  […]

Umuturage niwe mutungo ukomeye igihugu gifite- Min. Mbabazi

Minisitiri w’Urubyiruko ,  Mbabazi Rosemary avuga ko umuturage ariwe mutungo ukomeye w’igihugu by’umwihariko ko imbaraga zabo arizo ziri ku isonga mu kugiteza imbere. Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Ukuboza 2018, ubwo hatangizwaga mu Burasirazuba gahunda ‘ Imiyoborere Twifuza’ , hanakorwa umuganda wo gutunganya inzuri mu rwego rwo kunoza serivisi z’ubworozi. Ku bufatanye […]

RDC: Abagore babiri bakuwe mu menyo y’inyeshyamba mu gace kiswe ak’urupfu

Ubuzima bw’abagore babiri bwatabawe n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zifatanyije n’iza Monusco nyuma y’umwaka urenga bari bamaze barashimuswe n’inyeshyamba za ADF, zikomoka muri Uganda. Aba bagore barokowe mu ntangiriro z’iki cyumweru ubwo izi ngabo zari zashyize hamwe imbagara, zigaba ibitero simusiga mu bice bya Eringeti, Kamango na Mbau, muri Teritwari ya  Beni, mu Ntara […]

Niba ukora imibonano mpuzabitsina incuro zirenze 5 ku munsi, dore ibyago wikururira

Mu busanzwe ku mugabo cyangwa umugore, gukora imibonano mpuzabitsina ni byiza kuko bifite akamaro ku buzima, ariko iyo ikozwe nabi, ku rugero rukabije cyangwa se kuyikorana n’abantu batandukanye, bigira ingaruka ku buzima. Ubushakashatsi bwakozwe bwerekanye neza ko gukora imibonano mpuzabitsina ku kigero gikabije bishobora guteza nyirubwite ibibazo. Gutakaza amazi y’ingenzi mu mubiri Abahanga bemeza ko […]

CNLG: Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku miryango yazimye mbere yo Kwibuka ku nshuro ya 25

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe kurwanya Jenoside, CNLG, Dr. Bizimana Jean Damascene avuga ko hagiye gukorwa ubushakashatsi ku miryango yazimye by’umwihariko mu turere 11 two mu gihugu twari dusigaye kuko ahandi bwamaze gukorwa. Dr. Bizimana yabitangarije Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside. Dr Bizimana ati: ñ€ƾ Uturere tugeze kuri 11 […]

Amb. Nduhungirehe aribaza impamvu Amerika irajwe ishinga na Diane Rwigara

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe aribaza uburyo abasenateri bifata bagatabariza Diane Rwigara mu gihe ku zindi ngingo z’ubuzima bw’igihugu cy’u Rwanda baba bicecekeye. Umuyobozi wungirije w’itsinda ry’abademokarate muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dick Durbin mu minsi mike ishize yasabye Leta y’u Rwanda […]

Burundi: Urutonde rw’abantu 17 bashakishwa n’ubutabera kubera iyicwa rya Ndadaye

Ibiro by’umushinjacyaha mukuru w’u Burundi byasohoye impapuro zo guta muri yombi abantu 17 barimo abasivili benshi n’abahoze mu gisirikare bakurikiranweho uruhare mu iyicwa rya Melchior Ndadaye, perezida wa mbere w’u Burundi watowe mu matora ya demokarasi mu 1993 akicwa nyuma y’amezi makeya agiye ku butegetsi. “ Bashobora kuba baragize uruhare muri iki cyaha, mu kugitegura, […]

Ibintu 10 ushobora kuba utari uzi kuri Tanasha Donna uri mu munyenga w’urukundo na Diamond

Tanasha Donna ni umukobwa utangiye kuvugwa cyane mu itangazamakuru vuba, nyuma yaho umuhanzi wo muri Tanzania, Diamond Platnumz atangarije ko amukunda. Dore ibintu 10, ushobora kuba utari umuziho: 1.Azwi ku mazina ya Tanasha Donna Oketch, akaba ari umukobwa w’ubwiza n’uburanga w’imyaka 23 y’amavuko. 2.Tanasha Donna ni umunyamakuru muri Kenya akaba n’umunyamideli 3.Tanasha Donna afite amaraso […]

RDC: Abayobozi bemeye ko impungenge  za Ambasade ya Amerika zo guterwa zifite ishingiro

Abayobozi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nabo bemeje ko impungenge z’ibitero by’iterabwoba zatumye Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika iba ifunze imiryango guhera kuwa Gatandatu ushize zifite ishingiro. Mu ntangiriro z’iki cyumweru, umuvugizi wa Guverinoma ya Congo yavuze ko abayobozi ba Amerika bakomeje gushyira guverinoma mu mwijima ndetse akibaza niba izo mpungenge zo […]

Ntungamo/ Uganda:  Abanyarwanda barashinjwa ubujura bw’inka

Abanyarwanda bakora imirimo iciriritse benshi bita ‘abapagasi’ bakorera mu Karere ka Ntungamo bagiye gushyirwa hamwe kugira ngo abatagira ibyangombwa basubizwe iwabo kuko ngo ari bo ba nyirabayazana w’ubujura bw’inka n’ibindi bikorwa by’umutekano muke muri aka karere. Uhagarariye Perezida Museveni muri aka Karere ka Ntungamo, RDC George Bakunda, mu nama yabaye ku wa Kabiri tariki ya […]

Perezida Kabila yatangaje icyo azakora nyuma yo kuva ku butegetsi

Perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, atangaza ko umunsi azaba yavuye ku butegetsi azaguma mu gihugu cye. Aganira n’ikinyamakuru Le Soir cyo mu Bubiligi, Perezida Kabila yatangaje ko nyuma y’amatora ateganyijwe ku wa 23 Ukuboza 2018, nta byo kujya mu biruhuko mu mahanga, ahubwo ko azaba ahugiye mu mirima n’amatungo bye. Yagize […]

U Bwongereza: Hazanywe uburyo bwo kuburira abahinzi b'Abanyafurika

Abashakashatsi bo mu Bwongereza batangije uburyo bwo kuburira abahinzi bo muri Afurika ngo ibihingwa byabo bitangirika. Ni uburyo buhuza amakuru ajyanye n’udusimba twibasira imyaka n’amakuru ajyanye n’iteganyagihe ndetse n’uburyo bw’imashini za mudasobwa. Nuko abahinzi bakohererezwa ubutumwa kuri telefone zigendanwa kugira ngo bafate ingamba zikwiye zijyanye no kurinda ibihingwa byabo. Byizewe ko ubwo buryo buzongera umusaruro […]

EAC: Hamenyekanye igihe inama y’abakuru b’ibihugu yasubitswe izabera

Nyuma y’aho perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yangiye kwitabira inama ya 20 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC yari iteganyijwe kuri uyu wa 30 Ugushyingo, abandi bakuru b’ibihugu bari bayitabiriye bahisemo gusubika iyi nama ahanini yagombaga kwibanda ku bibazo by’u Burundi bayimurira mu mpera z’uku kwezi kwa 12. Guhangana hagati ya Perezida Nkurunziza n’umuryango wa […]

Burera: Polisi yafashe amaduzeni 200 y'amashashi yinjizwaga mu gihugu magendu

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya magendu kuri uyu wa Kane tariki 29 Ugushyingo 2018 yafashe uwitwa Kamanzi Bosco ufite imyaka 23 ukekwaho gucuruza amashashi atemewe mu gihugu. Kamanzi yafatanywe amaduzeni 200  y’amashashi, afatirwa mu murenge wa Gahunga mu karere ka Burera arimo kuva mu gihugu cy’abaturanyi yinjira mu Rwanda. Umuvugizi wa  Polisi y’u Rwanda […]

Burundi: Hatanzwe impapuro zo guta muri yombi uwahoze ari Perezida

Umushinjacyaha mukuru mu gihugu cy’Uburundi, Sylvestre Nyandwi yatanze impapuro zita muri yombi uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Maj. Pierre Buyoya kubera uruhare akekwaho mu rupfu rwa Perezida Melchior Ndadaye. Buyoya kuri ubu ni intumwa nkuru y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu gace ka Sahel na Mali. Araregwa hamwe n’abandi basaga 19 barimo abahoze mu gisirikare […]

Polisi y’u Rwanda irakebura abambuka umuhanda bari kuri telefoni kandi bagenda amatereka mfizi

Polisi y’Igihugu (RNP) irakebura abaturage bambuka  umuhanda bavugira kuri telefoni kandi  bagenda buhoro nk’abagendera inka. Ni mu gihe abantu benshi ahanini bo mu Mujyi wa Kigali bagiye  bamagana iyi myitwarire ya bamwe mu banyamaguru kuko ishobora gushyira ubuzima mu kaga. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter, Polisi isaba abashoferi kubahiriza n’abanyamaguru kubahiriza amategeko y’umuhanda mu […]

Fabregas avuga ko nta kipe yari yamugeraho imurambagiza

Cesc Fabregas  w’imyaka 31 y’amavuko ukomoka muri Espagne, ubu akaba akinira ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza, avuga ko mu gihe amasezerano ye abura igihe gito, nta  kipe yari yamugeraho kumurambagiza. Aganiraga n’itangazamakuru ku wa Kane tariki ya 29 Ugushyingo 2018, ubwo Chelsea yari imaze kunyagira ibitego bine kuri zero ikipe ya PAOK, Fabrigas yabajijwe […]

Amahirwe ya Chris Brown kuri Rihanna akomeje kuyoyoka

Umuhanzi Chris Brown akomeje kubura amahirwe yo kuba yakongera gukundana na Rihanna bitewe n’uko uyu mukobwa yongeye gukururana n’umusore Jameel Hassan bari baratandukanye muri Nyakanga 2018. Abantu ba hafi na Chris Brown bavuga ko nyuma y’amakuru yasakaye kuwa 26 Ugushyingo avuga ko Rihanna na Hassan bari basohokanye, Chris Brown yahise atakaza icyizere. Imwe mu nshuti […]

EAC: Kubura kw’u Burundi kwatumye inama y’abakuru b’ibihugu isubikwa

Inama ya 20 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC yari iteganyijwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 30 Ugushyingo, yasubitswe nyuma y’aho abahagarariye u Burundi banze kuyitabira mu gihe abakuru b’ibindi bihugu bari bahageze. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kiravuga ko iyi nama yasubitswe Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, ari nawe chairman wa EAC, yamaze kugera […]

Ubucuruzi bw’umusaruro w’ibirayi bweguriwe amakoperative y’abahinzi b’ibirayi

Umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama yabereye mu Karere ka Musanze mu mpera z’icyumweru gishize yari igamije kuganira k’ubucuruzi bw’ibirayi mu Turere twa Burera, Musanze, Nyabihu na Rubavu no gufata ingamba z’igihe kirekire z’uburyo bwarushaho kunozwa n’uko ubucuruzi bw’umusaruro w’ibirayi bwakwegurirwa amakoperative y’abahinzi b’ibirayi. Iyi nama yayobowe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yitabiriwe […]

Igitsina cya Diamond cyitwaye nabi mu ruhame- AMAFOTO

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yahuye n’uruva gusenya, ubwo yari imbere y’imbaga afotorwa, igitsina cye kigafata umurego. Ku wa Kane tariki ya 29 Ugushyingo 2018, nibwo Diamond n’itsinda ry’abahanzi bo muri Wasafi barimo mushiki Queen Darleen, Harmonize,
Basesekaye mu mujyi wa Iringa muri Kenya, aho bagomba gukorera ibitaramo serukiramuco, bahanzwe amaso n’imbaga. Diamond wari wambaye […]

Kampala: Hafashwe babiri bambaye gisivili bagendanaga imbunda bari kuri moto

Igipolisi cya Uganda kuri station ya polisi yo ku muhanda wa Kira yataye muri yombi abagabo babairi bagenderaga kuri moto bambaye gisivili bose bafite n’imbunda. Abafashwe ni Elias Elibu na Charles Emeru bafatiwe ku muhanda wa Bukoto n’itsinda ry’abapolisi bayobowe na Komanda wa Kira Road Police, SP Micheal Kasigire. Aba bombi bakaba bafatanywe n’imbunda ebyiri. […]

U Budage: Indege yari itwaye Angela Merkel yagiriye ikibazo mu kirere

Umuyobozi w’u Budage, Angela Merkel ntabwo aza kuba ari mu muhango wo gutangiza inama y’ibihugu 20 bya mbere mu bukungu ku isi bizwi nka G20 ibera muri Argentine, nyuma yaho indege ye itegetswe kugwa imaze akanya gato ihagurutse mu murwa mukuru Berlin. Ibiro bye byatangaje ko indege Madamu Merkel n’intumwa ayoboye barimo yageze amahoro ku […]

Si mba nshaka no guhura n'inkuru zimuvugaho – Nizzo avuga kuri Safi

Nizzo ukunze kwiyita Kaboss(izina ry’irihimbano), ni umwe mu baririmbyi bagize itsinda rya Urban Boyz ahamya ko bidakunze kumuzamo ndetse aba atifuza guhura n’inkuru zivuga kuri mugenzi we Safi Madiba bahoze baririmbana mu itsinda rimwe akaza kubiyomora ho umwaka ushize. Mu kiganiro yagiranye na Isimbi tv yatangaje ko Safi nk’umuntu wafashe umwanzuro wo kuva mu itsinda […]

RDC: Hatangajwe isozwa ryo gucyura abahoze muri FDLR n’ifungwa ry’inkambi zari zibacumbikiye

Inama nkuru y’ubwirinzi (Conseil SupĂ©rieur de la DĂ©fense) ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje isozwa ry’igikorwa cyo gucyura abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa FFDLR ndetse n’ifungwa ry’inkambi zose z’agateganyo zari zibacumbikiye n’abo mu miryango yabo, iboneraho gushimira FARDC ku kazi yakoze. Perezida Joseph Kabila wa Congo, akaba na Perezida w’Inama y’Igihugu y’Umutekano, kuri uyu […]

Ninigisha umwana ntariye, na we atariye ireme ry’uburezi rizava he?- Ingabire Victoire

Aya ni amagambo asubirwamo n’umunyapolitiki Ingabire Victoire, avuga ko yaganiriye n’abarimu bakamutangariza ko bafite ibibazo by’imibereho, aribaza aho ireme ry’uburezi ryava mu gihe bitaravugutirwa umuti. Hashize amezi abiri Ingabire Victoire afunguwe ku mbabazi z’umukuru w’igihugu, avuga ko agamije gufatanya n’abandi Banyarwanda mu kubaka igihugu, akaba anagaruka ku kibazo cya mwarimu gihora mu itangazamakuru, aho bakunze […]

Polisi ikomeje guhiga no gukura ku isoko amavuta ya mukorogo

Polisi y’igihugu iravuga ko ibikorwa byo gufata amavuta atukuza amaze kumenyekana nka mukorogo birimo gutanga umusaruro . Ni ibikorwa byatangiye kuwa Mbere ku bufatanye bwa minisiteri y’ubuzima, Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’imirire, Urwego rw’ubugenzacyaha, RIB n’ikigo cy’igihugu cy’ubuziranenge, RSB. Kugeza ubu hamaze gufatwa amavuta, amasabune yo gukaraba n’ibindi byo kwitukuza bigera mu 5606 nk’uko byatangajwe […]

Tattoo nshya Irene Uwoya yashyize munsi y’ikibuno iri kuvugisha benshi

Umukinnyi wa filimi wo mu gihugu cya Tanzania, Irene Uwoya, wamenyekanya nka Oprah akamamara cyane mu Rwanda kubera nyakwigendera Katauti Hamad babanye bakanabyarana, yongeye kuvugisha abatari bacye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragaza tattoo nshya y’imbunda yo mu bwoko bwa pistol yashyize ku kibero cye ahagana inyuma munsi y’ikibuno. Kuri uyu wa Gatatu ushize, nibwo […]

Tanzania: Igipolisi kishe abasore batandatu barimo Umurundi nyuma yo kurasana

Igipolisi cya Tanzania kuri uyu wa Kane, itariki 29 Ugushyingo kishe kirashe abasore batandatu bitwaje imbunda barimo Umurundi nyuma yo guhangana. Amakuru dukesha SosMediasBurundi aravuga ko kurasana byabereye muri kamwe mu turere tugize umurwa mukuru wa Tanzania, Dar es Salaam. [penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”grid” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”] Biravugwa ko […]

Nyamasheke: Amadini n'amatorero arasabwa kongera ingufu mu bikorwa by'ubumwe n'ubwiyunge

Abaturage bo mu Murenge wa Kirimbi, mu karere ka Nyamasheke barasaba amadini n’amatorero kugaragaza byinshi mu bikorwa bishimangira ubumwe n’ubwiyunge kugira ngo isanamitima ribashe kuhashinga imizi. Ni bimwe mu byifuzo bahaye amadini n’amatorero agera ku umunani ahakorera mu giterane cy’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge, cyateguwe n’uyu murenge ku bufatanye  n’aya madini n’amatorero cyabaye mu mpera z’icyumweru gishize. […]