France: Ubushinjacyaha bwatangiye gukurikirana Umunyarwanda ushinjwa kwica umupadiri

Nyuma yâumwaka urenga atawe muri yombi ashinjwa kwica umupadiri wâUmufaransa, umwimukira wâUmunyarwanda, Emmanuel Abayisenga, yashinjwe ku mugaragaro nâumushinjacyaha wâu Bufaransa . Kuri uyu wa Gatanu ushize, nibwo umushinjacyaha wa leta muri La Roche sur Yon yatangaje ikirego kirega Emmanuel Abayisenga icyaha cyo kwica umupadiri wâUmufaransa, Olivier Maire, wakubiswe kugeza apfuye muri Kanama umwaka ushize. Ikinyamakuru […]
Musanze: Umugabo w’imyaka 32 yishimira kwigana n’umwana we mu mashuri abanza

Umugabo w’imyaka 32 y’amavuko witwa Mwangaguhunga Aimable, utuye mu kagari ka Migeshi, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, avuga ko kwigana n’umwana we mu mashuri abanza nta pfunwe bimuteye ahubwo ko ari yo mahitamo ye yo kwitegurira ejo heza he hazaza. Kumva cyangwa kubona ibintu nk’ibi ntibimenyerewe, aho ugera mu mashuri abanza ugasanga umubyeyi […]
La R D Congo expulse l’ambassadeur du Rwanda
La RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) a expulsĂ© l’ambassadeur rwandais Vincent Karenga, en reprĂ©sailles au soutien prĂ©sumĂ© de Kigali Ă un groupe rebelle actif dans l’est du pays, a dĂ©clarĂ© samedi le porte-parole du gouvernement Patrick Muyaya . L’ambassadeur dispose de 48 heures pour quitter le pays. La dĂ©cision du Haut Conseil de la dĂ©fense […]
M23 irashinja MONUSCO kuyobya uburari
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urashinja misiyo yâamahoro yâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo izwi nka MONUSCO, kurangwa nâuburyarya. Mu itangazo risubiza irya MONUSCO risaba M23 guhagarika imirwano, Umuvugizi wâuyu mutwe mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko iyi misiyo iri kuyobya uburari. MONUSCO kuri uyu wa 29 Ukwakira yatangaje ko igisasu […]
U Burusiya bwavuye mu masezerano yemereraga Ukraine kohereza ibinyampeke mu mahanga
U Burusiya bwahagaritse uruhare rwarwo mu masezerano yâingenzi yatumye ibinyampeke bibasha kuva muri Ukraine byoherezwa hirya no hino aho byari bikenewe nyum yâuko byari byaraheze ku byambu byo muri Ukraine, nyuma yâibyo u Burusiya bwavuze ko ari igitero cyâindege zitagira abapilote ku mato yâu Burusiya mu ntara ya CrimĂ©e bwigaruriye. Minisiteri yâingabo yâu Burusiya yavuze […]
Koreya yâEpfo: Abarenga 150 bapfiriye mu birori bya Halloween
Abantu barenga 150 bizihirizaga umunsi mukuru mpuzamahanga wa Halloween mu murwa mukuru wa Koreya yâEpfo, Seoul, baraye bapfuye biturutse ku mubyigano. Ikinyamakuru CNN gisobanura ko abapfuye biganjemo abagore nâabakiri bato bari mu kigero cyâimyaka 20 yâamavuko, abakomeretse bo bakaba ari 82 barimo 19 bakomeretse bikabije. Cyatangaje ko ibi birori byitabiriwe nâababarirwa mu bihumbi, ikaba ari […]
Somalia: Igitero cyâiterabwoba cyahitanye byibuze abantu 100 abandi 300 barakomereka
Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud, yatangaje ko byibuze abantu 100 bishwe abandi 300 bagakomereka nyum yâiturika ryâibisasu byari biteze mu modoka ebyiri mu murwa mukuru w’iki gihugu, Mogadishu . Kuri iki Cyumweru, Mohamud yashinje umutwe witwaje intwaro wa al-Shabab ibyo bitero maze atangariza abanyamakuru ko yiteze ko umubare w’abahitanwe nâiturika ryâibyo bisasu kurushaho kwiyongera. […]
RDC yirukanye Ambasaderi wâu Rwanda

Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yirukanye Ambasaderi wâu Rwanda, Vincent Karega, mu gihe umwuka mubi mu mubano wâibi bihugu ukomeje kuzamuka. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yâumutekano yihutirwaga yayobowe na Perezida wa RDC akaba nâUmugaba wâIkirenga wâinzego zâumutekano, FĂ©lix Tshisekedi, kuri uyu wa 29 Ukwakira 2022. Iyi nama yabaye mu gihe abarwanyi […]
Niyo Bosco yatandukanye na Irené Murindahabi, amushimira uruhare yagize mu iterambere rye
Umuhanzi Niyo Bosco yatangaje ko yatandukanye na MIE Empire iyoborwa nâumunyamakuru Murindahabi IrenĂ© wamurebereraga inyungu ze mu muziki, amushimira uruhare rukomeye yagize mu guteza imbere impano ye. Mu butumwa amaze gutanga, Niyo Bosco yashyize kuri Twitter ifoto ye ari kumwe na Murindahabi, asobanura ko yamufashije, arakura, aba igiti cyera imbuto nziza. Yamenyesheje abakunzi be ko […]
Rusizi: Abahinzi bâumuceri bavuga ko ubwanikiro bubi bubateza igihombo kinini

Abahinzi bâumuceri ba koperative Imbanzabigwi muhinzi wâumuceri (KOIMUNYA) iwuhinga mu kibaya cya Bugarama mu mirenge ya Muganza na Nyakabuye mu karere Rusizi, baravuga ko buri gihe ku mwero wawo bahomba amatoni nâamatoni yawo bitewe nâubwanikiro bubi bawanikaho, bagasaba ubuyobozi bwâaka karere kububakira ubwiza butabahombya, ko bo batabona ubushobozi bwabwiyubakira. Ikibazo cyâubwanikiro bwâumuceri bubi mu makoperative […]
Uko umucakara Fuller yabaye umuhanga, akagereranywa n’imashini iteranya imibare
Inkuru dukesha urubuga Black Past ivuga umuhanga mu mibare utagarukwaho cyane wari umwirabura, Thomas Fuller yamenyekanye ku izina rya Virginia Calculator. Fuller yavutse mu mwaka wa 1710 ahambukirizwaga abacakara muri Liberia mu bice byo mu burengerazuba bwa Afurika. Hari mu bwami bwa Dahomey, uyu munsi ni muri Benin. Ubwo abakoloni bari baje gutwara abirabura kumugabane […]
Ukraine iremeza ko misile z’u Burusiya zâubwoko bwa Iskander zabushiranye
Ingabo za Ukraine zirwanira mu kirere zatangaje ko misile ziraswa kure zâu Burusiya zo mu bwoko bwa Iskander zashize, bufata icyemezo cyo guhagarika kugaba ibitero ku birindiro byazo. Umuvugizi wâizi ngabo, Colonel Yurii Ihnat, yatangarije itangazamakuru ryo muri Ukraine ko nyuma yâaho u Burusiya bushiriwe n’izi misile bwakoreshaga mu kurasa ku birindiro byabo, bwahimbye undi […]
RDC: Minisiteri yâingabo yahakanye ibyo gutumiza ibikoresho bya gisirikare mu Burusiya
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntabwo yigeze itumiza intwaro mu nganda za gisirikare zâu Burusiya. Ibi byatangajwe na minisiteri yâingabo zâigihugu nâabavuye ku rugerero, biravuguruza amakuru aherutse gutangazwa na African Intelligence . Mu nyandiko yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Ukwakira, umuyobozi mukuru wâibiro bya Minisitiri wâingabo, yatangaje ko aya makuru nta […]
le président Kagame au Mozambique pour une visite de travail

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© Ă Maputo ce vendredi 28 octobre pour une visite de travail d’une journĂ©e . Kagame devrait avoir un tĂȘte-Ă -tĂȘte avec le prĂ©sident hĂŽte Filipe Nyusi, suivi de discussions bilatĂ©rales avec leurs dĂ©lĂ©gations respectives, avant d’assister Ă un dĂ©jeuner organisĂ© en son honneur. Cette visite intervient Ă un moment oĂč […]
RDC: Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC mu nkengero zâikigo cya gisirikare cya Rumangabo
Imirwano ikaze iravugwa kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 28 Ukwakira 2022 i Rutshuru hagati ya M23 nâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Amakuru atangazwa na buniaactualite.cd muri kariya karere aravuga ko imirwano yatangiye ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku misozi ya Musego na Ruhungwe, […]
Le Rwanda surveille de prĂšs la situation en RD Congo â Ministre Nshuti
Le Rwanda surveille de prĂšs la situation le long de ses frontiĂšres avec la RD Congo et affirme qu’il n’hĂ©sitera pas Ă riposter si la RD Congo viole dĂ©libĂ©rĂ©ment l’intĂ©gritĂ© territoriale du Rwanda, a dĂ©clarĂ© le ministre d’Ătat chargĂ© des Affaires de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est, Manasseh Nshuti, aux diplomates. Nshuti a fait […]
Cote d’Ivoire: Mushikiwabo yagiranye ibiganiro na Perezida Ouattara n’abandi bayobozi

Perezida wa Repubulika ya Cote dâIvoire, Alassane Ouattara, kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Ukwakira 2022, yagiranye ikiganiro nâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo ubwo yamwakiraga mu ngoro ye. Ibiganiro byibanze ku nama itaha ya Francophonie izabera mu byumweru bitatu muri Tunisia. Umunyamabanga mukuru wa OIF avuga ko CĂŽte d’Ivoire […]
28/10/2013: Ingabo zari ziyobowe na Col. Ndala zambuye M23 ibirindiro bya Rumangabo

Tariki ya 28 Ukwakira 2013 (hashize imyaka 9) ni bwo abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bari bayobowe na Colonel Mamadou Ndala bisubije ibirindiro bya Rumangabo bikomeye muri Pariki ya Virunga, byari byarafashwe nâumutwe witwaje intwaro wa M23. Ni igikorwa Col. Ndala nâabasirikare yari ayoboye bagezeho babifashijwemo nâumutwe kabuhariwe wâingabo ziri mu butumwa […]
U Rwanda ruzakomeza gutera inkunga Igisirikare cya Centrafrica no gukarishya ingabo za yo – Abayobozi

“U Rwanda ruzakomeza gutera inkunga Ingabo za Centrafrica mu bijyanye nâimyitozo no gukarishya abasirikare”, ibi byatangajwe n’abayobozi ba Centrafrica nyuma yo kubonana, kuwa Gatatu, kwa Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we, Faustin Archange TouadĂ©ra, nk’uko tubikesha Anadolu Agency. Repubulika ya Centrafrica n’u Rwanda bisanzwe byarashyize umukono ku masezerano ane y’ubufatanye, yasinywe igihe Perezida […]
Kampala: Abayoboke ba NRM bariye karungu bateye icyicaro gikuru cyâishyaka abayobozi barahunga
Icyicaro gikuru cyâishyaka NRM i Kampala kuri uyu wa Kane cyagabweho igitero nâabakandida barenga 200 batsinzwe mu matora rusange yo mu 2021 yabereye muri Kampala, basaba ko basubizwa amafranga bakoresheje kandi bashinja abayobozi babo kubirengagiza . Amakuru aturuka aho iki cyicaro giherereye ku muhanda wa Kyadondo avuga ibyabaye biteye ubwoba byatumye abayobozi mu bunyamabanga bwâishyaka […]
Tanzania yanze kohereza ingabo muri RDC muri misiyo ya EAC
Repubulika yunze ubumwe ya Tanzania yanze kohereza ingabo zayo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC). Icyemezo cyo kohereza ingabo muri RDC cyafatiwe mu nama yâabakuru bâibihugu bigize EAC yabereye i Nairobi muri Kenya muri Mata 2022, aho zizajya kurwanya imitwe yitwaje intwaro yanze guhagarika ibikorwa byayo. […]
Huye: Umusore w’imyaka 25 arashinjwa gufata ku ngufu no kwangiza imyanya ndangagitsina
Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Ukwakira 2022, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umuhungu w’imyaka 25 ukekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no kwangiza imyanya ndangagitsina umugore wâimyaka 45 . Ni icyaha uregwa akekwaho kuba yarakoze ku wa 18 Ukwakira 2022, mu gihe cya saa tatu za […]
Koreya yâEpfo yahakanye guha intwaro Ukraine nyuma yo gutungwa urutoki na Perezida Putin
Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk-yeol, yahakanye ko Seoul yahaye Ukraine intwaro zica nyuma yâuko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuze ko icyemezo nk’iki kizasenya umubano wabo . Kuri uyu wa Kane, Putin yabivugiye mu nama yabereye i Moscou, ashinja Uburengerazuba kuba bwarateje intambara muri Ukraine ndetse anashimangira ko icyemezo cya Koreya y’Epfo cyo guha […]
Depite Habineza abona imisoro ku biribwa ikwiye kugabanywa
Umudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda akaba nâUmuyobozi Mukuru wâishyaka DGPR riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, abona imisoro ku biribwa ikwiye kugabanywa kugira ngo ibiciro byabyo na byo bigabanyuke. Depite Habineza yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri BWIZA TV cyari cyerekeye byâumwihariko kuri gahunda ishyaka DGPR rifitiye Abanyarwanda ubu no mu gihe […]
U Burusiya burateganya guha DRC ibikoresho birimo kajugujugu zâintambara
U Burusiya burateganya guha Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ibikoresho byâigisirikare birimo kajugujugu zâintambara zigezweho zirindwi. Nkâuko ikinyamakuru Africa Intelligence gikora inkuru zicukumbuye kibisobanura, kohereza izi kajugujugu bizashingira ku masezerano RDC nâu Burusiya byagiraniye i Kinshasa muri Nyakanga 2022. Gisobanura ko aya masezerano afite agaciro guhera muri uyu mwaka wâ2022 kugeza mu […]
Nyamasheke: Abaturage bashyikirije umuryango wararaga habi inzu bawubakiye

Nyandwi Jean wâimyaka 70 nâumugore we wâimyaka 64, baravuga ko bongeye kugira amahoro yo mu mutima ubwo binjizwaga mu nzu bubakiwe nâabakristo bâitorero EMLR bibumbiye mu matsinda yo kwizigamira, bayibashyikirije bijyanye nâicyumweru ngarukamwaka cyahariwe kwizigamira, bavuga ko ubwo bayibonye bagiye guhita basezerana imbere yâImana, nyuma yâimyaka 37 babana, badasezeranye mu itorero. Imwe mu nyungu ikomoka […]
Umuhungu wa Museveni yatangaje ko uko byagenda kose azaba Perezida wa Uganda
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko uko byagenda kose agomba kuzaba Umukuru wâiki gihugu. Mu rukerera rwâuyu wa 27 Ukwakira 2022, Gen. Kainerugaba yashyize kuri Twitter ifoto yâumubyeyi we, Janet Museveni, asobanura ko yamubereye malayika. Yagize ati: “Mama yambereye malayika. Ni mwiza mu buryo bworoshye! Nkâuko abagabo benshi bumva […]
Kinshasa: Hakomeje urubanza rwâabakekwaho kwica Ambasaderi Luca Atanasio
Urukiko rwa gisirikare rwâi Kinshasa-Gombe, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwateye utwatsi ubusabe bw’abunganira abaregwa mu rubanza ku iyicwa rya Ambasaderi wâu Butaliyani, Luca Atanasio, rwabereye mu ruhame kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Ukwakira . Urukiko rwa gisirikare rwanze icyifuzo cyo kurekurwa by’agateganyo cyatanzwe n’aba bavoka kubera gutinya ko bahunga kubera kutagira […]
Burundi: Abagera mu 100 bamaze gutabwa muri yombi bazira Hussein Radjabu wayoboye CNDD-FDD
Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko hashize iminsi hari abantu barimo utabwa muri yombi bazira amashusho ya Hussein Radjabu, wigeze kuba umuyobozi wa CNDD-FDD mbere yo gushwana na Perezida Nkurunziza ndetse bikamuviramo guhunga mu 2015 nyuma yo gutoroka gereza. Aya makuru dukesha urubuga UBMNews rwo mu Burundi, aravuga ko igipolisi nâabayobozibashinja abo bantu batabwa muri […]
Mukuralinda abona RDC ishaka kuburizamo amatora, ikitwaza u Rwanda
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, abona guverinoma ya Repubuika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ifite umugambi wo kuburizamo amatora yâUmukuru wâIgihugu ateganyijwe mu mwaka wâ2023, ikitwaza u Rwanda. Mukuralinda abishingira ku gika cya nyuma cyâitangazo ryashyizwe hanze tariki ya 25 Ukwakira nâUmuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya, ashinja u Rwanda gushyigikira […]
Musanze: Haravugwa uburiganya mu gikorwa cy’umuyoboro w’amashyanyarazi

Mu murenge wa Kimonyi, akagari ka Ruvumu, umudugudu wa Musezero abaturage bahafite amasambu bavuga hari uburiganya, akarengane n’urujijo mu gikorwa cy’ishyirwaho ry’umuyoboro w’amashyanyarazi wa Kimonyi-Musezero. Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda Leta yihaye y’uko mu mwaka w’2024 buri rugo rwâUmunyarwanda ruzaba rugerwaho nâamashanyarazi, kuri ubu, hirya no hino mu karere ka Musanze harimo gukorwa […]
Abadepite babajije Umuvunyi Mukuru icyo bakora kuri ruswa ivugwa mu nzego zitandukanye
Kuri uyu wa Gatatu Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine yagejeje ku Nteko Rusange yâImitwe Yombi raporo yâibikorwa byâUrwego rwâUmuvunyi byâumwaka wa 2021/2022 na gahunda yâibikorwa byayo byâumwaka wa 2022/2023, aho bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko barubajije niba rujya rukurikirana ruswa ivugwa mu nzego za leta byâumwihariko ishingiye ku gitsina ,ngo ishakirwe umuti urambye . Umuvunyi […]
RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC ikomereje i Gako na Kalengera, umuhanda Goma-Rutshuru wigaruriwe

Nyuma yâimirwano yiriwe ibica bigacika kuri uyu wa Gatatu hagati ya FARDC na M23 mu bice bya Bugani, Matebe na Rukoro mu birometero 2 uvuye muri Rutshuru rwagati, ubu biravgwa ko imirwano ikomereje kuri uyu wa Kane mu bice bya Gako na Kalengera ndetse umuhanda Goma Rutshuru ukaba uri kugenzurwa nâinyeshyamba . Kuri uyu wa […]
Le président Kagame a reçu le président Faustin Archange Touadéra

Le prĂ©sident Paul Kagame, le 26 octobre, a reçu le prĂ©sident Faustin Archange TouadĂ©ra de la RĂ©publique centrafricaine et les deux chefs d’Ătat ont discutĂ© de la coopĂ©ration bilatĂ©rale . Le duo a discutĂ© de la situation politique en RCA et de la coopĂ©ration bilatĂ©rale dans divers domaines de la sĂ©curitĂ©, de la gouvernance et […]
Somalia irasaba EAC kuyigira umunyamuryango bidatinze
Perezida wa Somalia, Hassan Sheik Mohamud, yasabye ko gahunda igamije kwemeza igihugu cye nkâumunyamuryango wâumuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba (EAC) yakwihutishwa. Uyu Mukuru wâIgihugu yabisabye Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Dr Peter Mathuki, wari mu ruzinduko muri Somalia, amusobanurira ko gutinda kwinjiza mu muryango iki gihugu kuri gukereza iterambere ryâabagituye. Nkâuko ikinyamakuru The East African kibivuga, […]
Perezida Ndayishimiye yirukanye âLieutenant Colonelâ wanyereje ibiribwa
Umugaba wâikirenga wâingabo zâu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye, yirukanye Lieutenant Colonel Ndayishimiye DiomĂšde wanyereje ibiribwa. Ni icyemezo uyu Mukuru wâIgihugu yashyizeho umukono tariki ya 20 Ukwakira 2022, aho yagize ati: âLieutenant Colonel Ndayishimiye DiomĂšde, matricule SS0575, yirukanwe mu gisirikare cyâu Burundi kubera kunyereza ibiribwa bibisi.â Minisitiri wâingabo nâabari abasirikare, Alain Tribert Mutabazi, yasabwe guhita ashyira […]
Tshisekedi yagizwe umuhuza wa Leta ya Chad nâuruhande ruyirwanya
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi yagizwe umuhuza mu mishyikirano yâubutegetsi bwa Chad nâuruhande ruyirwanya. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama idasanzwe yâibihugu bigize umuryango wâakarere ka Afurika yo hagati, CEEAC, yabereye i Kinshasa kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022. Perezida wa RDC ahawe iyi nshingano mu gihe ubutegetsi bwa Chad bwemeye […]
Afurika y’Epfo yanze gufatira ubwato bw’inshuti ya Putin yafatiwe ibihano na USA

Guverinoma ya Afurika yâEpfo yatangaje ko nta gahunda ifite yo gufatira ubwato bunini bwâumuherwe usanzwe ari inshuti ya Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya, Alexi Morshadov, wafatiwe ibihano na Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) hamwe nâumuryango wâubumwe bwâUburayi (EU). Ubu bwato bufite agaciro kâamadolari ya Amerika miliyoni 521 bwahagurutse mu mujyi wa Hong Kong mu […]
Gatsibo: Yafatiwe mu kiyaga atwaye magendu y’amabuye y’agaciro
Polisi yâu Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine Unit) kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Ukwakira, ryafashe uwitwa Nizigiyimana Francois, ufite imyaka 24 yâamavuko, wari utwaye magendu yâibiro 18 byâamabuye yâagaciro ya Wolfram, anyuze mu Kiyaga cya Muhazi. Nizigiyimana usanzwe ari umucuruzi wâamabuye yâagaciro yafashwe aturutse mu murenge wa Gasange yerekeza mu […]
Ukraine: Minisitiri wâingabo aravuga ko igihugu cye cyabaye ikibuga cyo kugeragerezamo intwaro
Minisitiri wâingabo wa Ukraine yavuze ko amakimbirane abera muri Ukraine yahaye abakora intwaro mu burengerazuba amahirwe yo kureba ibicuruzwa byitwara neza mu ntambara ya nyayo yo kurwanya u Burusiya . Aleksey Reznikov yabisobanuye agira ati: “Dufite ikibuga cyo kugeragerezamo imirwano muri Ukraine muri iyi ntambara.” “Dufite mortiers 155mm umunani zitandukanye mu kibuga⊠bityo ni nk’irushanwa […]
Nyaruguru: Abaturage batanze ibitekerezo ku igenamigambi ry’akarere

Abaturage bo mu kagari ka Muhambara, mu murenge wa Cyahinda, mu karere ka Nyaruguru, bagejeje ku nama njyanama y’akarere imishinga y’ingenzi bifuza ko yazashyirwa mu bikorwa mu mwaka w’ingengo y’imari 2023/24, ikihutisha iteranbere ryabo. Muri iyo mishinga harimo umuyoboro w’amazi meza, ikigo cyigisha imyuga, umuhanda wa kaburimbo, inzu ababyeyi babyariramo, ubworozi bw’inka za kijyambere, n’ibindi. […]
Amerika iravuga ko yiteguye gukoresha intwaro zayo harimo nâiza kirimbuzi mu kurinda inshuti zayo

Igisirikare cyâAmerika kizakoresha intwaro zacyo zose, harimo nâintwaro za kirimbuzi, mu kurinda Koreya yâEpfo nâu Buyapani ibitero, nk’uko byatangajwe nâumuyobozi mukuru muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga, wongeye kwikoma Koreya ya Ruguru kubera igerageza ikomeje gukora ryâintwaro avuga koâriteje akagaâ kandi ârihungabanya umutekanoâ, mu gihe ashimangira ubufatanye nâabafatanyabikorwa bo muri Aziya . Kuri uyu wa Kabiri ushize, […]
Umugore wâIgikomangoma Harry, Meghan Markle, yahishuye ko ari Umunyanijeriyakazi 43%

Meghan Markle, umugore wâIgikomangoma Harry cyo mu Bwongereza, yahishuye ko ari “Umunyanijeriyakazi ibice 43% ” mu gice giheruka cya podcast ye, Archetypes, aho yaganiraga ku myumvire “yâumwiraburakazi warakaye “. Meghan Markle yasangije ibyavuye mu bizamini yakorsheje ku nkomoko ye mu gice giheruka cya podcast ye, aho yabwiye umunyarwenyakazi wo muri Nigeria ufite ubwenegihugu bwa Amerika, […]
Le prĂ©sident Kagame a reçu l’ancienne premiĂšre dame mozambicaine Graça Machel

Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a reçu lundi Graça Machel, la fondatrice de Graca Machel Trust, et la Fondation pour le dĂ©veloppement communautaire, qui Ă©tait au Rwanda pour la confĂ©rence de l’African Philanthropy Forum (APF) sur le thĂšme “Les philanthropes africains comblent l’Ă©cart entre les sexes” . Kagame et la PremiĂšre Dame Jeannette Kagame ont […]
Abavandimwe batatu baguye mu mpanuka yabereye ku Kinamba barashyingurwa uyu munsi

Abana batatu bavukana baherutse gupfira mu mpanuka yabereye ku Kinamba mu murenge wa Muhima, akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali tariki ya 23 Ukwakira 2022 barashyingurwa uyu munsi. Iyi mpanuka yabaye mu masaa kumi yâumugoroba wâuwo munsi, ubwo ikamyo yo mu bwoko kwa HOWO yari yabuze feri yahanukaga munsi yâikiraro. Ikamyo yishe batandatu barimo […]
M23 yateguje ko MONUSCO igiye kwiyunga na FARDC, FDLR n’indi mitwe mu kuyigabaho ibitero
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wateguje ko ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye (MONUSCO) zigiye kwiyunga nâiza Repubulika ya Demukarasi ya Congo zizwi nka FARDC nâimitwe irimo FDLR mu kuwugabaho ibitero. Iyi nteguza igaragara mu itangazo Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yasohoye kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022, aho agira […]
Afurika yâEpfo: Hatangiye ibiganiro bigamije kurangiza intambara imaze imyaka 2 muri Ethiopia
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko ibiganiro bya mbere byâamahoro bigamije guhagarika intambara imaze imyaka ibiri hagati yâingabo za Leta ya Ethiopia nâIngabo zo mu Ntara ya Tigray (TPLF) mu majyaruguru yâiki gihugu byatangiriye muri Afurika yâEpfo kuri uyu wa Kabiri bikaba bizarangira ku Cyumweru . Ikibazo ni amahirwe yo guhagarika amakimbirane yahitanye abantu ibihumbi, […]
Ambasaderi Karega yongeye kuvugisha Abanyekongo ubwo yitabiraga inama yari iyobowe na Tshisekedi
Mu nama ngishanama yagiranye na ba ambasaderi b’ibihugu bigize Umuryango wâubukungu uhuza ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), Perezida Felix Tshisekedi yakiriye na Ambasaderi w’u Rwanda, Vincent Karega, kuri ubu utabanye neza nâAbanyekongo bamwe bibaza ahubwo impamvu akiri ku butaka bwâigihugu cyabo . Uyu mudipolomate mu minsi yashize yakomeje kuba intandaro yâimpaka zikaze nyuma […]
RDC yibasiye u Rwanda, isubiza ku itangazo ryarwo
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibasiye u Rwanda, isubiza ku itangazo ryaraye rishyizwe hanze nâUmuvugizi wa guverinoma yarwo, Yolande Makolo. Makolo yatangaje ko RDC iri mu nzira yo gukomeza imirwano, yifatanyije nâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta yâu Rwanda, ngo ibi bikaba bihabanye nâinzira ya demukarasi Perezida FĂ©lix Tshisekedi avuga ko […]
Lt Gen. Mbangu Mashita ugiye kuyobora urugamba rwo kurwanya M23 yageze i Goma

Lieutenant General Mbangu Mashita Marcel uherutse guhabwa inshingano yo kuyobora urugamba rwo kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 yageze i Goma mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru kuri uyu wa 25 Ukwakira. Uyu musirikare yahawe inshingano yo kuyobora ibikorwa byâigisirikare muri zone ya 3 ikoreramo uyu mutwe witwaje intwaro tariki ya 17 Ukwakira, asimbura Lt Gen. […]
IFA SPEAK igiye gutangira ikindi cyiciro cyo kwigisha Icyongereza, TOEFL, ikoranabuhanga n’ibindi kuri âpromosiyoâ

Ishuri ryigisha ururimi rwâIcyongereza, TOEFL, IELTS, ikoranabuhanga nâibindi bijyanye nâigihe rizwi nka IFA SPEAK & TECH ACADEMY riherereye mu mujyi wa Kigali mu murenge wa Kimironko, akarere ka Gasabo rigiye kongera gutangiza ikindi cyiciro cyâabifuza kwiga icyongereza, haba kuvugira mu ruhame, muri bizinesi zitandukanye nâahandi, aho abarigana biga ku buryo bworoheye buri wese. Muri rusange […]
Wari uzi ko Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza ari umukire kurusha umwami?
Rishi Sunak, Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza, birashoboka ko ari we muntu wa mbere ugiye muri uyu mwanya wâumukire kurusha nâumwami wabo, ariko mu gihe habarwa umutungo bwite wâumwami Charles III mu buryo bwihariye . Sunak n’umugore we, Akshata Murty, bagiye bagarukwaho mu nkuru zitandukanye kubera ubutunzi bwabo ndetse n’imibereho yabo ihenze, nubwo igiciro cyâimibereho […]
Menya ubwoko bwa Hadza bubaho budahinga, butorora
Abo mu bwoko bwa Hadza babayeho mu buzima bwihariye. Ntabwo borora cyangwa ngo bahinge imyaka, babaho bahiga, bashaka aho babona ibyo kurya mu mashyamba. Ubwoko bwa Hadza ni bumwe mu bwoko bugihiga muri Afurika bubarirwa mu baturage barenga 1300 muri Tanzaniya. Bahorana imiheto bakoresha bahiga ibyo kurya bifite intungamubiri birimo ibimera biribwa nkâuko bitangazwa nâikigo […]
I Kigali hateraniye inama yiga ku kuntu telefone zaba umusemburo wâiterambere
Abantu bagera mu 2000 baturutse hirya no hino ku Isi bitabiriye inama yâiminsi 3 izigira hamwe uko ikoreshwa rya za telefone na serivisi ryayo byarushaho kuba umusemburo mu iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga, nk’urwego rufitiye akamaro Isi muri ibi bihe . Iyi nama ibaye mu gihe imibare yâUrwego rwâIgihugu Ngenzuramikorere RURA igaragaza ko abafatabuguzi ba telefone […]
Nigeria: Urukiko rwategetse ifatirwa ryâimitungo yâuwari minisitiri ushinzwe ibikomoka kuri peteroli
Kuri uyu wa Mbere, urukiko rwo muri Nigeria rwategetse ko hafatwa burundu imitungo ibiri nâimodoka byâuwahoze ari minisitiri wâibikomoka kuri peteroli, Diezani Alison-Madueke, nk’uko byemejwe na komisiyo ishinzwe ibyaha byâubukungu muri iki gihugu. Alison-Madueke yagize uruhare rukomeye mu buyobozi bw’uwahoze ari Perezida, Goodluck Jonathan, ari minisitiri wâibikomoka kuri peteroli kuva mu 2010 kugeza mu 2015. […]
Adidas yahagaritse imikoranire yari ifitanye nâumuraperi Kanye West kubera imyitwarire
Uruganda rwa Adidas rwo mu Budage rukora ibikoresho byâimikino,rwahagaritse ubufatanye rwari rufitanye nâUmuraperi wâUmunyamerika, Kanye West, kubera imyitwarire ye itavugwaho rumwe . Kuri uyu wa Mbere, Adidas yatangaje iki cyemezo mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku rubuga rwa interineti, nyuma yâuko uru ruganda rukora imyenda nâinkweto bya siporo rwari ruherutse gutangaza ko rugiye kongera gusuzuma ubufatanye […]
Perezida Felipe Nyusi yahawe urwamenyo ubwo yateraga ishoti akitura hasi

Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye video igaragazaPerezida Felipe Nyusi wa Mozambique agwa hasi nyuma yo gutera umupira mu rwego rwo gutangiza imikino yâIgikombe cya Afurika cyâumupira wâamaguru ukinirwa ku Mucanga (Beach Soccer Africa Cup of Nations 2022) . Iyi mikino ya Beach Soccer Africa Cup of Nations yatangiye kuwa Gatanu ushize, itariki 21 Ukwakira, muri Vilankulo […]
Uburayi bwakuyeho ibihano bwari bwarafatiye Lt Gen. Ndirakobuca na General wahunze

Umuryango wâubumwe bwâUburayi (EU) wakuyeho ibihano wari warafatiye Abarundi batatu: Lt Gen. Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugarika, Gen. Godefroid Bizimana na Gen. Leonard Ngendakumana uri mu buhungiro. Iki cyemezo EU yagifashe kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022, isobanura ko ari ku bwâumubano wayo nâu Burundi ukomeje kuba mwiza. Iti: “Umubano mwiza hagati ya EU nâu […]
Abakomando ba Kenya bari baragiye muri misiyo ya EAC muri RDC bakuyemo akarenge

Ingabo za Kenya zo mu mutwe wihariye (special force unit) zari zaragiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu butumwa bw’amahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), zakuyemo akarenge zitaratangira akazi kazijyanyeyo. Ikinyamakuru Infos cyo muri RDC kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022 cyatangaje ko amakuru cyahawe n’abo mu nzego zâumutekano n’urwego rwa dipolomasi yemeza […]
U Burundi bwaburiye ababusebya kugira ngo bahabwe ubuhungiro i Burayi
Leta yâu Burundi iraburira Abarundi basebya igihugu cyabo kugira ngo bahabwe ubuhungiro mu bihugu byâi Burayi, kuko ngo hari ubwo bazakurikiranwa nâubutabera. Uyu muburo watanzwe nâUmuvugizi wa Minisiteri yâumutekano wâimbere akaba nâUmuvugizi wa Polisi, Pierre Nkurikiye, ubwo yavugaga ku Barundi bacyuwe ubwo bari bajyaga muri Serbia, bafite umugambi wo gukomereza mu bindi bihugu byâi Burayi. […]