Perezida w’u Budage yageze i Kyiv nyuma y’iminsi asubitse urugendo rwe ku mpamvu z’umutekano

Nyuma y’iminsi mike Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, asubitse urugendo kubera impamvu z’umutekano we, amaherezo yakoze urugendo rwe rwa mbere mu murwa mukuru wa Ukraine kuva u Burusiya bwatera . Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yageze i Kyiv. Ni urugendo rwa mbere Steinmeier akoreye muri Ukraine kuva u Burusiya bwatera […]

Amatora yaba ataba Perezida Tshisekedi agomba kugenda – Ishyaka PPRD rya Kabila

“Amatora yaba cyangwa ataba, tuzaba tugeze ku musozo wa manda ya Tshilombo kandi agomba kugenda! “, ibi ni ibyatangajwe na Ferdinand Kambere (uri ku ifoto), umunyamabanga uhoraho wungirije wa PPRD, ishyaka rya Joseph Kabila . “Nta bwumvikane, nta matora!” Ferdinand Kambere akomeza agira ati: “Ntabwo tuzi ko iyo CENI (komisiyo y’amatora n’abayobozi bayo) bazi ko […]

Uganda: Inkongi y’umuriro mu kigo cy’ishuri yahitanye byibuze abantu 11

Polisi mu Karere ka Mukono mu gihugu cy Uganda iri gukora iperereza ku nkongi y’umuriro yahitanye abantu 11 ku ishuri ry’abatabona rya Salama mu Mudugudu wa Luga, Paruwasi ya Ntanzi, Akarere ka Mukono, mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri . Nk’uko byatangajwe na ASP Luke Owoyesigyire, umuvugizi wungirije wa polisi mu mujyi wa Kampala, […]

Putin yahaye ubwenegihugu Dr Butore wabaye Visi Perezida w’u Burundi

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 24 Ukwakira yahaye ubwenegihugu Dr Butore Joseph wabaye Visi Perezida wa Repubulika y’u Burundi kuva mu mwaka w’2015 kugeza mu 2020 ubwo Evariste Ndayishimiye yajyaga ku butegetsi. Dr Butore yahawe ubwenegihugu hamwe n’abandi babiri barimo umunyamakuru w’ikinyamakuru RT cyegamiye ku butegetsi bw’u Burusiya, Rory Suchet ukomoka mu […]

Abasirikare 10 ba Burkina Faso bishwe abandi mirongo barakomereka mu gitero ku nkambi yabo

Kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Ukwakira, byibuze abasirikare icumi bishwe abandi mirongo itanu barakomereka mu gitero cy’iterabwoba cyabereye i Djibo, umujyi ua nk’ugenzurw n’abajihadiste uva mu mezi atatu ashize, mu majyaruguru ya Burkinafaso, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Burkina Faso . Ubuyobozi bukuru bw’ingbo bwgize buti “Regiment ya 14 y’ingabo muri Djibo yagabweho […]

UN iributsa ko ubutumwa bwayo atari ubwo kugaba ibitero nk’ingabo za Leta

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres, aributsa ko ubutumwa bw’amahoro bwawo butandukanye n’ubw’ingabo z’ibihugu, kuko zo zemerewe kugaba ibitero ku ruhande rurwanya Leta. Ishami ry’uyu muryango rishinzwe ubutumwa bw’amahoro kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022 ryatangaje ko aho ubwumvikane burambye butari, ari ho haba ibikorwa byo kurinda amahoro, bigamije gufasha impande zihanganye gushyikirana. Riti: […]

Le Rwanda qualifie d ‘”inacceptable” la nouvelle provocation de la RD Congo

Le Rwanda a qualifiĂ© d ‘”inacceptable” la nouvelle provocation de la RD Congo et de son armĂ©e, affirmant que c’est le cas et en violation des mĂ©canismes de sĂ©curitĂ© rĂ©gionaux existants. Depuis la semaine derniĂšre, l’armĂ©e de la RD Congo, les FARDC, a lancĂ© une offensive dans les territoires contrĂŽlĂ©s par le groupe rebelle M23 […]

FARDC isobanura ko ubunyamwuga bwayo ari bwo bwatumye iva muri Ntamugenga

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyasobanuye ko cyavuye mu gace k’ingenzi ka Ntamugenga muri teritwari ya Rutshuru kafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 kubera ko kirangwa n’ubunyamwuga. M23 yafashe Ntamugenga nyuma y’imirwano ikaze yabaye kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, aho byavuzwe ko uyu mutwe witwaje intwaro wagabye […]

London: Abari bahanganye na Rishi Sunak ku mwanya wa Minisitiri w’intebe bose bavuye mu ihatana

Rishi Sunak yiteguye kuba umuyobozi mushya w’aba conservateurs akaba na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza nyuma y’uko Penny Mordaunt akurikiye Boris Johnson mu gukura akarenge kabo mu guhatanira uyu mwanya . Uyu wahoze ari umuyobozi mukuru, waje ku mwanya wa kabiri ubwo yari ahataniye ubuyobozi na Liz Truss mu mpeshyi, yari amaze gushyigikirwa n’abadepite barenga […]

Karongi: Barifuza kongererwa inganda zitunganya umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi

Habiyambere avuga ko igihe haboneka inganda zongerera agaciro umusaruro wabo barushaho kuwongera

Abaturage ku giti cyabo n’amakoperative akora ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu karere ka Karongi, bavuga ko bafite ikibazo cy’inganda nto n’iziciriritse zongerera agaciro umusaruro wabo, kuko hari igihe uba mwinshi cyane mu gihe kimwe ukanabura isoko,ubundi ukaba muke ugahenda cyane, bakavuga ko igihe izo nganda n’ubuhunikiro bugezweho byaboneka, hakemuka byinshi birimo n’icy’izamuka rikabije ry’ibiciro, n’abahabwamo akazi […]

Perezida Kagame arasaba abagore bari mu nzego z’ubuyobozi kudapfusha ubusa amahirwe bafite

ff0jwjbxgaa1-4u.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye abagore bari mu myanya y’ubuyobozi n’imirimo itandukanye kudapfusha ubusa amahirwe bafite ahubwo bagaharanira kuba indashyikirwa n’intangarugero ndetse bagakoresha ayo mahirwe mu guteza imbere bagenzi babo . Ibi umukuru w’igihugu yabikomojeho kuri wa Mbere mu ijambo rye atangiza Inama y’ihuriro ry’abagiraneza bakorera ku mugabane wa Afurika, African Philanthropy Forum 2022 […]

Andrew Mwenda aribaza impamvu ibindi bihugu bikennye bitigira ku Rwanda uko rubigenza

4236.jpg

Umunyamakuru w’icyamamare muri Uganda akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru The Independent, Andrew Mwenda, uherutse mu Rwanda aho yaje aherekeje Gen. Muhoozi Kainerugaba kuwa 15 Ukwakira 2022 ntiyumva impamvu ibindi bihugu byitwa ko bikennye ndetse n’u Rwanda rubarizwamo, bitigana uko rwo rubigenza kugirango rugaragare nk’igihugu giteye imbere mu bushobozi bucye bwarwo . Mu nkuru ye igaragara ku kinyamakuru […]

Umunyamakuru Andrew Mwenda aragereranya Kigali na Vancouver na Dubai

Umunyamakuru Andrew Mwenda ukunzwe muri Uganda aragereranya umurwa mukuru w’u Rwanda, Kigali, n’umujyi wa Vancouver muri Canada na Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu (UAE). Ni nyuma y’uruzinduko aherutse kugirira mu Rwanda ubwo yari yaherekeje umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba. Mwenda waherukaga i Kigali mu mwaka w’2018, mbere y’uko umubano […]

Brazil: Uwahoze ari umudepite yateye grenade abapolisi bari bagiye kumuta muri yombi

Kuri iki Cyumweru, uwahoze ari umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Brazil, ashyigikiye perezida ucyuye igihe, Jair Bolsonaro, yateye amagrenade yanga gutabwa muri yombi akomeretsa nibura abapolisi babiri, nk’uko abayobozi babitangaje. Uwahoze ari umudepite, Roberto Jefferson, yakatiwe igihano cy’igifungo n’Urukiko rw’Ikirenga (STF) kubera ko yarenze ku mabwiriza yo gufungirwa mu rugo rwe, nyuma yo kwibasira […]

Musanze: Abatujwe mu mudugudu wa Kabazungu bavuga ko banyagirirwa mu nzu barasaba ubufasha

captureg.jpg

Abatujwe mu mudugudu wa Kabazungu mu murenge wa Musanze batishoboye bavuga ko banyagirwa bari mu nzu iyo imvura iguye bikaba ngombwa ko bitwikira imitaka barasaba ubufasha bwo gusanirwa amazu kuko basa nk’abarara hanze . Umwe mu baturage batishoboye batujwe muri uyu mudugudu , Nyiramajyambere Veronica kimwe n’abandi bagenzi be bose bavuga ko bitwikira imitaka bari […]

IPRC-Kigali fermĂ© au milieu d’enquĂȘtes sur des vols et de la mauvaise gestion

Le ministĂšre de l’Éducation a dĂ©clarĂ© avoir temporairement fermĂ© les locaux du CollĂšge rĂ©gional polytechnique intĂ©grĂ© de l’École polytechnique du Rwanda basĂ© Ă  Kigali, dans le cadre d’enquĂȘtes sur des vols et des dĂ©tournements de ressources publiques . Dans un communiquĂ© datĂ© du 23 octobre, le ministĂšre de l’Éducation a Ă©galement soulignĂ© qu’aucun Ă©lĂšve, personnel […]

Six morts et plusieurs blessés dans un accident de la route

Six personnes ont Ă©tĂ© tuĂ©es et quatre autres blessĂ©es aprĂšs qu’un camion a perdu le contrĂŽle le long de la route Yamaha-Kinamba dans le district de Nyarugenge le dimanche 23 octobre . Le porte-parole du dĂ©partement de la circulation et de la sĂ©curitĂ© routiĂšre, le surintendant principal de la police (SSP) RenĂ© Irere, a dĂ©clarĂ© […]

Koreya zombi zahererekanyije ibisasu ziburirana ku nkombe zabyo z’iburengerazuba

Koreya y’Amajyaruguru n’iy’epfo bahererekanyije amasasu yo kuburirana ku nkombe zabyo z’iburengerazuba, bishinjanya kurenga ku mipaka yabo yo mu nyanja mu gihe hakomeje kumvikana umwuka mubi ushingiye ku igeregezwa ry’intwaro za Pyongyang . Umuyobozi mukuru w’ingabo za Koreya y’Epfo (JCS) yavuze kobatanze umuburo bakarasa n’amasasu yo kuburira kugira ngo birukane ubwato bw’abacuruzi bo muri Koreya ya […]

London: Boris Johnson yakuyemo akarenge biha Rishi Sunak amahirwe yo kuba minisitiri w’intebe

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza yahagaritse icyifuzo cyo konger kuyobora Ishyaka ry’Aba-Conservateurs, arangiza igihe gito yari amaze agaragaje ubushake bwo gusubira ku kazi yakuweho mu mezi arenga atatu ashize . Kuvanamo akarenge kwe kuri iki Cyumweru biratuma Rishi Sunak wahoze ari Minisitiri w’imari arushaho kugira amahirwe yo kuba minisitiri w’intebe w’u Bwongereza […]

M23 yambuye FARDC agace gahuza Rutshuru n’umujyi wa Goma

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wambuye ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, agace ka Ntamugenga kari ingenzi cyane kuri zo kuko gahuza isoko rya Rutshuru n’umujyi wa Goma. Ikinyamakuru 7 Sur 7 gikorera muri RD Congo cyatangaje aya makuru, gisobanura ko cyayahawe na bamwe mu basirikare ba Leta bari ku rugamba. Umwe muri […]

Urunturuntu muri APR FC, imirwano ya FARDC na M23 yubuye, RDF yavumbuye intwaro nyinshi: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 17 Ukwakira 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye ku mutekano, siporo n’ubutabera. Harimo izikurikira: Imirwano ya FARDC na M23 yarubuye Imirwano hagati y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, n’umutwe witwaje intwaro wa M23 yarubuye nyuma y’amezi ane yarahagaze. Impande zombi ntizivuga kuri iyi mirwano yubuye tariki ya 20 Ukwakira, […]

Musanze: Umuryango w’abantu 9 wabaga mu kiraro cy’inka wakodesherejwe inzu

Iyi nzu ni yo uyu muryango wakodesherejwe

Umuryango w’abantu icyenda (9) barimo umugabo witwa Ndererimana Hassan, umugore we Muhawenimana Yvonne n’abana barindwi, uri mu byishimo nyuma y’aho ukodesherejwe n’ubuyobozi aho kuba, ukava mu kiraro cy’inka wari waratijwe. Ni umuryango wari ubayeho nabi, mu kiraro cy’inka mu mudugudu wa Kabogobogo, akagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, ariko nyuma […]

Rusizi: Umusaza w’imyaka 67 yapfuye urukiri amayobera

Aha ni mu nzu yapfiriyemo

Munyakazi Evariste w’imyaka 67, wari utuye ahitwa i Gihango mu kagari ka Karambi, umurenge wa Mururu mu karere ka Rusizi, wari watashye ubukwe bw’uwitwa Kayitaba Evariste mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro, umurenge wa Nyakarenzo muri aka karere, wari washyingije umuhungu, yaryamanye n’abandi bantu 4 mu rugo batashyemo ubwo bukwe, mu gitondo bamukozeho ngo […]

Rubavu: Amarira mu muryango usaba Perezida Kagame kuwufasha kugarura gakondo yawo

Ibaruwa yandikiwe Perezida umutabaza

Mu karere ka Rubavu hari umuryango ukomeje gutakambira Umukuru w’Igihugu ngo yinjire mu kibazo cyawo ubashe kugarurirwa gakondo yawo wubakiwe n’umubyeyi Kanyabutembo Virginie uba muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Ibi ubitangaje nyuma yo kugerageza inzira nyinshi zishoboboka, zirimo ubuhuza n’inkiko ariko bikaba byarananiranye kugeza naho iyi nzu yongeye gushyirwa mu cyamunara ku nshuro ya […]

Rubavu: Umurambo w’uruhinja watoraguwe mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima

Mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima cya Gisenyi giherereye mu mudugudu wa Gikarani, akagari ka Nengo mu karere ka Rubavu hatoraguwe umurambo w’uruhinja rwari rutarageza igihe cyo kuvuka. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu wa 23 ukwakira 2022 mu masaha y’igicamunsi. Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Gisenyi, Mwubahamana Joselyne, yahamirijwe BWIZA aya makuru ati: “Mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima cya […]

Dr Mukarukaka Annely arasabira Bamporiki imbabazi

Dr Mukarukaka mu ndirimbo Nkunda u Rwanda aherutse gushyira hanze

Umunyarwandakazi Dr Mukarukaka Annely wigisha muri kaminuza zirimo iya Dar es Salaam muri Tanzania avuga ko Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco akwiye guhabwa imbabazi n’ubwo urukiko ruherutse kumukatira. Tariki ya 7 Ukwakira 2022 ubwo hari hashize icyumweru Bamporiki ahanishijwe igifungo cy’imyaka ine n’ihazabu y’amafaranga miliyoni 60 ni bwo Dr Mukarukaka […]

IPRC Kigali yafunzwe kubera iperereza iri gukorwaho

Itangazo rya MINEDUC rimenyesha ifungwa rya IPRC Kigali

Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) yafunze mu gihe cy’ibyumweru bibiri ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro, ishami rya Kigali, IPRC-Kigali kubera iperereza riri gukorwaho. MINEDUC mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, yasobanuye ko iri shuri riri gukorwa iperereza ku bujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta. Ngo mu rwego rwo kugira ngo […]

Interpol yahaye RDC urutonde rw’Abahinde benshi bakekwaho ibyaha by’amafaranga

Abahinde benshi bagize uruhare mu byaha by’amafaranga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) bashyizwe ku rutonde na INTERPOL, nk’uko byahishuwe kuwa Gatanu na Jean Baelongandi, umuyobozi wungirije wa Polisi ya RDC ushinzwe urwego rushinzwe ubushinjacyaha ubwo yari mu nteko rusange ya 90 ya Interpol yateraniye i New Delhi . Komiseri mukuru wungirije, wanze gutanga […]

MINUSCA: Abapolisi b’u Rwanda batanze imiti ku baturage bimuwe n’imyuzure

csm_whatsapp_image_2022-10-22_at_2.34.42_pm__1__0f94070186.jpg

Ku wa Gatanu, itariki ya 21 Ukwakira, abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA), batanze ubufasha bw’ubuvuzi ku baturage bavanywe mu byabo n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi iherutse kugwa mu minsi yashize . Amatsinda abiri y’abapolisi b’u Rwanda akorera mu murwa mukuru Bangui; RWAFPU-1 na PSU niyo […]

FARDC irateganya kwerekana abarwanyi ba M23 ivuga ko yafashe mpiri

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, kirateganya kwereka itangazamakuru abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 kivuga ko cyafatiye mpiri mu mirwano imaze iminsi ine. Umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Lt Col. Ndjike Kaiko Guillaume, yamenyesheje abanyamakuru ko FARDC iri kwitwara neza muri iyi mirwano, kandi ngo iri hafi kuburizamo imigambi yose […]

Abanyamerika barwanira mu kirere baritegura kwinjira muri Ukraine mu gihe ‘byakomera’

Burigade ya 2 y’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zirwanira mu kirere ikorera muri Romania iritegura kwinjira muri Ukraine mu gihe u Burusiya bwagaba igitero ku butaka bw’igihugu kigize umuryango NATO. Nk’uko byatangajwe na CBC News, Colonel Edwin Matthaidess uyobora iyi burigade, yatangaje ko bari gukurikiranira hafi imyitwarire y’ingabo z’u Burusiya, kandi bari […]

Kutumvikana kw’akarere na rwiyemezamirimo kuradindiza iyubakwa ry’isoko rya Gisenyi

Twagirayezu avuga ko RICO itari gukomeza iyi nyubako, itarakemura inenge yo mu musingi

Ubwumvikane buke bw’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu n’ikigo RICO (Rubavu Investiment Company Ltd) cyatsindiye isoko ryo gukomeza ibikorwa by’iyubakwa ry’isoko rigezweho ry’umujyi bukomeje kubidindiza. Umuyobozi wa RICO, Twagirayezu Pierre CĂ©lestin, asobanura ko nyuma y’imyaka 10 ibikorwa byo kubaka iri soko bihagaze, ikigo cyabo cyahawe isoko ryo kubikomeza, ariko gisangamo inenge cyakombaga gukosora kibifashijwemo n’akarere. Twagirayezu avuga […]

Abaturage ba Kivu y’Amajyepfo baravuga ko barambiwe Guverineri Ngwabidje

img-20221021-wa0025.jpg

Umujyi wa Bukavu wabyukiye mu mpagarara kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 21 Ukwakira 2022. Abigaragambyaga barakaye bari mu mihanda basaba ko guverineri w’intara, ThĂ©o Ngwabidje Kasi, yegura . Abaturage bo muri iyi ntara bavug ko batarambiwe gusa imicungire idasobanutse y’ubuyobozi bw’intara, ahubwo banarambiwe amasezerano yabwo adasohozwa nk’uko tubikesha DRCactu.cd. Ku bwabo, kugira ngo […]

Xi Jinping yamaze kwegukana manda ya gatatu y’amateka nk’umuyobozi w’u Bushinwa

Kuri iki Cyumweru, Xi Jinping yabonye manda ya gatatu yo kuyobora u Bushinwa kandi azamura bamwe mu bafatanyabikorwa be ba hafi b’ishyaka rya gikomunisiti, ashimangira umwanya we nk’umuyobozi ukomeye muri iki gihugu kuva Mao Zedong yatabaruka . Ikinyamakuru Xinhua cyatangaje ko Komite Nkuru y’ishyaka rya gikomunisiti ry’Abashinwa yatoye Xi ku mwanya w’umunyamabanga mukuru mu yindi […]

Musoni wabaye Visi Perezida wa FDLR yageze i Kigali

Musoni Straton wabaye Visi Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda, yageze i Kigali ku wa 21 Ukwakira 2022, akaba yaje gutura muri iki gihugu. Amakuru yo kuza kwa Musoni yemejwe n’ikinyamakuru The New Times kuri uyu 22 Ukwakira. Kivuga ko cyayakuye ku bantu bizewe. Musoni nka Visi Perezida wa FDLR, yatawe […]

U Burundi bwatangaje ko imipaka yabwo yose ifunguye

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko imipaka yose yo ku butaka itandukanya iki gihugu n’ibindi by’ibituranyi ifunguye. Aya makuru yatangajwe na Minisiteri y’umutekano w’imbere, ubutegetsi n’iterambere ry’abaturage kuri uyu wa 22 Ukwakira 2022. Yagize iti: “Imipaka y’u Burundi n’ibihugu bituranye irafunguye. U Burundi ni nyabagendwa.” Iyi Minisiteri itangaje aya makuru nyuma y’aho Leta y’u Burundi ifunguye […]

Tshisekedi abona MONUSCO ikwiye kuva muri RDC

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi, abona misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye izwi nka MONUSCO ikwiye kubavira mu gihugu kubera ko yananiwe kubafasha kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa BBC muri porogaramu Africa Daily yerekeye ubuzima bwa buri munsi bw’umugabane wa Afurika. Uyu Mukuru w’Igihugu […]

Rubavu: Polisi yerekanye abantu 11 bakekwaho ubujura bafatiwe mu mukwabu

vlcsnap-2022-10-21-17h15m33s410.jpg

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yerekanye abantu 11 bakekwaho ibikorwa by’ubujura bakoreye mu bice bitandukanye muri aka karere . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Rukundo Mucyo, yavuze ko aba bafatiwe mu mukwabu w’iminsi itatu wakozwe nyuma y’aho abaturage batabaje bataka kuzengerezwa n’abajura. Ati “ Nyuma yo kumva amakuru abaturage bavuga ko […]

Sosiyete y’indege ifite amasezerano yo kuzana abimukira mu Rwanda yakuyemo akarenge

Sosiyete y’indege ya Privilege Style yari ifitanye na guverinoma y’u Bwongereza amasezerano yo kuzana abimukira binjiye muri iki gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, yakuyemo akarenge. Ni mu gihe yari ikomeje gushyirwaho igitutu n’abashaka kuburizamo ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’abimukira n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu u Bwongereza bwagiranye n’u Rwanda muri Mata 2022. Nk’uko The Guardian ibivuga, […]

Ruto yagize uwari ushizwe umutekano we akiri visi perezida umuyobozi w’abashinzwe kumuherekeza

Uwari umaaze igihe kinini ari umuyobozi ushinzwe umutekano mu biro bya Perezida William Ruto yazamuwe mu ntera agirwa umuyobozi mushya w’ishami rishinzwe guherekeza Perezida, Presidential Escort Unit (PEU) . Assistant Inspector General, Oloonkishu Yiampoy, yari amaze imyaka icumi ari umuyobozi ushinzwe umutekano mu biro bya Visi Perezida nk’uko tubikesha The Star. Impuguke mu kurinda bntu […]

Plus de Rwandais pauvres obtiendront de l’argent de l’ONG GiveDirectly

Un plus grand nombre de Rwandais pauvres sont destinĂ©s Ă  bĂ©nĂ©ficier de GiveDirectly, une organisation mondiale Ă  but non lucratif de premier plan spĂ©cialisĂ©e dans la fourniture de transferts monĂ©taires numĂ©riques . Le prĂ©sident Paul Kagame a rencontrĂ©, Jeudi, Rory Stewart, prĂ©sident de GiveDirectly, et a discutĂ© de la poursuite de la collaboration en vue […]

Sudani: Byibuze abantu 155 biciwe mu makimbirane hagati y’amoko mu minsi 2

Byibuze abantu 155 biciwe mu midugudu itatu iri mu nkengero z’akarere ka Wad al-Mahi mu ijoro ryo ku wa Gatatu no mu gitondo cyo ku wa Kane, biturutse ku ntambara ikomeje kumena amaraso hagati y’amoko ya Hausa na Berta muri leta ya Blue Nile muri Sudani . Kugeza ku ya 6 Ukwakira, imirwano hagati y’abaturage […]

Umutoza wa Man. U yatangaje ko atagombaga kongera kwihanganira ikosa rya Cristiano Ronaldo

Umutoza mukuru wa Manchester United, Erik ten Hag, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gukura Cristiano Ronaldo ku rutonde rw’abakinnyi azitabaza ku mukino w’iyi kipe na Chelsea FC kubera ngo atagombaga kongera kwihanganira ikosa ryisubiriye. Uyu mutoza kuri uyu wa 20 Ukwakira ni bwo yafashe umwanzuro wo gukura Cristiano muri aba bakinnyi bazitabazwa mu mukino uraba […]

M23 iravuga ko Ingabo za FARDC bari bahanganye ahitwa Rangira zayabangiye ingata

Umutwe wa M23 uravuga ko Ingabo za FARDC bari bahanganye mu gace ka Rangira muri Teritwari ya Rutshuru zimaze kuyabangira ingata zerekeza ahitwa Rukoro . Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa Goma24 rukunze gutangaza amakuru ava muri M23, biravugwa ko ingabo za FARDC zataye urugamba kugeza mu birometero bine ubu zikaba zibarizwa mu birometero […]

U Burusiya buremeza ko NATO iri gusatira intambara yeruye na bwo

Zakharova abona ibihugu bya NATO bisa n'ibiri mu irushanwa ryo guha Ukraine intwaro

Leta y’u Burusiya yatangaje ko umuryango w’ubwirinzi bwa gisirikare wa NATO uri gusatira intambara yeruye na bwo bitewe n’intwaro ibihugu biwugize bikomeje guha ubutegetsi bwa Ukraine. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru i Moscow kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022. Zakharova yagize ati: “Ibihugu bya NATO bisa […]

Abarinzi ba Perezida Tshisekedi baherutse gufungirwa mu Bwongereza

Abarinzi babiri ba Perezida wa Repubulika ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, baherutse gufungirwa mu mujyi wa Londres mu Bwongereza mu gihe cy’amasaha ane ubwo uyu Mukuru w’Igihugu yari yo mu ruzinduko. Abatawe muri yombi ni Lieutenant Colonel JosuĂ© Kasongo Nteki na Captain Tabu Eboma Tema, babiri muri batanu bari baherekeje uyu Mukuru w’Igihugu. Umunyamakuru Pero […]

Umuntu umwe ashobora kuzajya apfa buri masegonda 36 azize inzara mu karere – Oxfam

Raporo nshya ivuga ku bijyanye no kwihaza mu biribwa mu karere, iravuga ko nyuma y’ibihembwe bine bikurikiranye imvura itagwa neza, umusaruro muri Afurika y’Iburasirazuba wabaye iyanga ku buryo umuntu umwe ashobora gupfa buri masegonda 36 azize inzara . Ibintu birushaho gufata intera cyane muri Somalia, Ethiopia na Kenya ku buryo impuguke mu bijyanye n’uburenganzira bwa […]

Kenya: Inganda zitunganya icyayi zakangishije Leta kwimukira mu Rwanda

Guverineri Mutai yatangaje ko abaturage bagomba kubona ku nyungu iva mu cyayi

Inganda mpuzamahanga zitunganya icyayi mu ntara ya Kericho ikorerwamo ubuhinzi bwiganjemo ubw’iki gihingwa zakangishije Leta ya Kenya kwimurira ibikorwa byazo mu Rwanda, kubera igitutu zikomeje gushyirwaho. Ubuyobozi bw’intara ya Kericho burashinja izi nganda zirimo urwa James Finley na Unilever kudaha agaciro abaturage ndetse n’abahinzi b’icyayi, bukazisaba gukorera mu nyungu zabo. Byatumye izi nganda mpuzamahanga zinubira […]

Umwana w’umunyeshuri w’imyaka 14 yiyahuriye mu isomero ry’ishuri kubera urukundo

Polisi mu Karere ka Bukomansimbi mu gihugu cya Uganda iri gukora iperereza ku rupfu rw’umwana w’umunyeshuri wo mu mwaka wa 7 w’amashuri abanza bivugwa ko yiyahuriye mu isomero ry’ishuri . Paul Luyimbazi, w’imyaka 14, yari umunyeshuri mu ishuri ribanza rya Mutagatifu Jude Thaddeus mu Karere ka Bukomansimbi. Luyimbazi yasanzwe yimanitse mu isomero ry’ishuri abonwe n’undi […]

Rusizi: Uwashinjwaga gusambanya no gutera inda umukobwa we yakatiwe imyaka 21 y’igifungo

Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 19 Ukwakira, rwahanishije igifungo cy’imyaka 21 umugabo w’imyaka 41 wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana we w’imyaka 17 bikamuviramo gutwara inda . Uwo mugabo wo mu mudugudu wo mu mudugudu wa Nyamagana, Akagali ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, yatangiye gusambanya umwana we mu […]

Tchad: Imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi yaguyemo 50 abandi barakomereka

px7wvefofvjbxbn3ehwpyfnm6e.jpg

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’intebe Saleh Kebzabo yabwiye abanyamakuru ko abantu bagera kuri 50 bishwe abandi benshi bagakomereka mu myigaragambyo yo kwamagana leta muri Tchad . Urugomo rwadutse nyuma y’uko abigaragambyaga bafungaga imihanda bagatwika icyicaro cy’ishyaka rya minisitiri w’intebe ubwo abantu babarirwa mu magana birohaga mu mihanda basaba ko hajyaho ubutegetsi bwihuse bwa demokarasi […]

U Rwanda rugiye kwizihiza imyaka 60 rumaze muri UN

U Rwanda rufite abasirikare 5000 mu butumwa bw'amahoro bwa UN

U Rwanda rurizihiza imyaka 60 rumaze rwinjiye mu Muryango w’Abibumbye (UN) tariki ya 24 Ukwakira 2022, rwishimira ibyagezweho ndetse n’amasomo rwigiye mu mikoranire yarwo n’uyu muryango. Umuhango wo kwizihiza uyu munsi uzabera mu mujyi wa Kigali, uzakurikirwe n’igikorwa cyo gutera ibiti by’imbuto mu karere ka Huye na Musanze muri gahunda y’umuganda ngarukakwezi uzaba tariki ya […]

U Rwanda niruduhatiriza kujya mu ntambara, nta yandi mahitamo tuzagira: Tshisekedi

Tshisekedi yasabye Abanyekongo baba mu Bwongereza gusaba abayobozi baho gushyira igitutu ku Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix-Antoine Tshisekedi, yatangaje ko u Rwanda nirubahitiriza kujya mu ntambara na rwo, nta yandi mahitamo bazagira, keretse kurwana byeruye. Uyu Mukuru w’Igihugu yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba i Londres mu bwami bw’u Bwongereza, ubwo yagiriragayo uruzinduko kuri uyu wa 19 Ukwakira 2022. Tshisekedi yabwiye aba Banyekongo […]

Canada: Abadepite banze kurahirira Umwami w’u Bwongereza, Charles III

Abadepite 11 baherutse gutorwa mu mujyi wa QuĂ©bec muri Canada tariki ya 3 Ukwakira 2022 banze kurahirira Umwami w’u Bwongereza akaba n’Umukuru w’igihugu cyabo, Charles III Nk’uko radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, yabisobanuye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022, aba badepite banze kurahira, basobanura ko kubikorera Umwami w’u Bwongereza byaba ari igikorwa cy’ubukoloni. Gabriel Nadeau Dubois […]

Le Rwanda prĂȘt pour les greffes de rein – MINISANTE

Le Rwanda dispose des outils et du personnel mĂ©dical nĂ©cessaires pour effectuer des greffes de rein, a dĂ©clarĂ© le ministre de la SantĂ©, Daniel Ngamije, mercredi 19 octobre, alors que la Chambre des dĂ©putĂ©s a approuvĂ© la pertinence du projet de loi rĂ©glementant l’utilisation des organes, tissus et cellules humains . Ngamije a dĂ©clarĂ© que […]

Indege z’indwanyi z’u Burusiya zahushije indege y’irondo y’u Bwongereza

Minisitiri w’ingabo wu Bwongereza, Ben Wallace kuri yu wa Kane yahishuye ko kuwa 19 Ukwakira Indege y’u Burusiya yarekuye misile ikanyura hafi y’indege y’u Bwongereza yari iri gukora irondo mu kirere mpuzamahanga hejuru y’Inyanja Yirabura . Wallace yabwiye inteko ishinga amategeko ko u Bwongereza bwahagaritse amarondo icyo gihe nyuma y’ibyabaye anagaragariza impungenge zabo Minisitiri w’ingabo […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza wari ukiri mushya areguye

Truss yari amaze iminsi 45 asimbuye Boris Johnson

Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Liz Truss, amaze kwegura kuri uyu mwanya nyuma y’igitutu yari akomeje gushyirwaho na bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko. Truss yatangarije ubwegure bwe hanze y’ibiro bye, asobanura ko yabonye atashobora gukora iyi nshingano yatorewe, kandi ngo yanamaze kubimenyesha Umwami Charles III. Uyu munyapolitiki wari umaze iminsi 45 atangiye iyi nshingano […]

RDC: Igitero cy’inyeshyamba ku bigo nderabuzima cyahitanye 7 umuforomokazi arashimutwa

Nibura abantu barindwi bishwe ndetse umuforomokazi arashimutwa mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba za ADF, cyibasiye inzego ebyiri z’ubuzima . Norbert Muhindo, umuforomokazi ku kigo nderabuzima cyita ku mujyi wa Maboya, mu gace ka Beni mu ntara ya Kivu […]

Uko umwana w’imyaka 8 yabaye umusirikare ukomeye mu mateka y’Isi

Mu ntambara ya mbere y’Isi yabaye hagati y’umwaka w’1914 n’1918, abana n’ingimbi ibihumbi n’amagana bakoreshejwe mu mirwano yahuzaga ibihugu, bagashyirwa ku mirongo y’imbere ku rugamba, bakaba ari bo babanza kwicwa. Leta y’u Bwongereza ivuga ko abana babarirwa mu bihumbi 250 bari munsi y’imyaka 18 binjijwe mu gisirikare cy’iki gihugu ngo baburwanirire muri iyi ntambara. Muri […]

Ethiopia yemeje ko izitabira ibiganiro by’amahoro muri Afurika y’Epfo mu cyumweru gitaha

Kuri uyu wa Kane, Guverinoma ya Ethiopia yavuze ko ibiganiro by’amahoro ku ntambara imaze imyaka ibiri muri Tigray bizatangira muri Afurika y’Epfo mu cyumweru gitaha . Umuhamagaro w’amahanga asaba ihagarikwa ry’ubugizi bwa nabi bwiyongera mu majyaruguru ya Ethiopia wakomeje kwiyongera kuva icyifuzo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, mu ntangiriro z’uku kwezi, cyo kujyana ku meza […]