Perezida wâu Budage yageze i Kyiv nyuma yâiminsi asubitse urugendo rwe ku mpamvu zâumutekano
Nyuma y’iminsi mike Perezida wâu Budage, Frank-Walter Steinmeier, asubitse urugendo kubera impamvu z’umutekano we, amaherezo yakoze urugendo rwe rwa mbere mu murwa mukuru wa Ukraine kuva u Burusiya bwatera . Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Perezida wâu Budage, Frank-Walter Steinmeier, yageze i Kyiv. Ni urugendo rwa mbere Steinmeier akoreye muri Ukraine kuva u Burusiya bwatera […]
Amatora yaba ataba Perezida Tshisekedi agomba kugenda â Ishyaka PPRD rya Kabila
“Amatora yaba cyangwa ataba, tuzaba tugeze ku musozo wa manda ya Tshilombo kandi agomba kugenda! â, ibi ni ibyatangajwe na Ferdinand Kambere (uri ku ifoto), umunyamabanga uhoraho wungirije wa PPRD, ishyaka rya Joseph Kabila . âNta bwumvikane, nta matora!â Ferdinand Kambere akomeza agira ati: “Ntabwo tuzi ko iyo CENI (komisiyo yâamatora n’abayobozi bayo) bazi ko […]
Uganda: Inkongi yâumuriro mu kigo cyâishuri yahitanye byibuze abantu 11
Polisi mu Karere ka Mukono mu gihugu cy Uganda iri gukora iperereza ku nkongi yâumuriro yahitanye abantu 11 ku ishuri ryâabatabona rya Salama mu Mudugudu wa Luga, Paruwasi ya Ntanzi, Akarere ka Mukono, mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri . Nkâuko byatangajwe na ASP Luke Owoyesigyire, umuvugizi wungirije wa polisi mu mujyi wa Kampala, […]
Putin yahaye ubwenegihugu Dr Butore wabaye Visi Perezida w’u Burundi
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 24 Ukwakira yahaye ubwenegihugu Dr Butore Joseph wabaye Visi Perezida wa Repubulika yâu Burundi kuva mu mwaka wâ2015 kugeza mu 2020 ubwo Evariste Ndayishimiye yajyaga ku butegetsi. Dr Butore yahawe ubwenegihugu hamwe nâabandi babiri barimo umunyamakuru wâikinyamakuru RT cyegamiye ku butegetsi bwâu Burusiya, Rory Suchet ukomoka mu […]
Abasirikare 10 ba Burkina Faso bishwe abandi mirongo barakomereka mu gitero ku nkambi yabo
Kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Ukwakira, byibuze abasirikare icumi bishwe abandi mirongo itanu barakomereka mu gitero cyâiterabwoba cyabereye i Djibo, umujyi ua nkâugenzurw nâabajihadiste uva mu mezi atatu ashize, mu majyaruguru ya Burkinafaso, nkâuko byatangajwe nâubuyobozi bukuru bwâingabo za Burkina Faso . Ubuyobozi bukuru bwâingbo bwgize buti “Regiment ya 14 yâingabo muri Djibo yagabweho […]
UN iributsa ko ubutumwa bwayo atari ubwo kugaba ibitero nk’ingabo za Leta
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), Antonio Guterres, aributsa ko ubutumwa bwâamahoro bwawo butandukanye nâubwâingabo zâibihugu, kuko zo zemerewe kugaba ibitero ku ruhande rurwanya Leta. Ishami ryâuyu muryango rishinzwe ubutumwa bwâamahoro kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022 ryatangaje ko aho ubwumvikane burambye butari, ari ho haba ibikorwa byo kurinda amahoro, bigamije gufasha impande zihanganye gushyikirana. Riti: […]
Le Rwanda qualifie d ‘”inacceptable” la nouvelle provocation de la RD Congo
Le Rwanda a qualifiĂ© d ‘”inacceptable” la nouvelle provocation de la RD Congo et de son armĂ©e, affirmant que c’est le cas et en violation des mĂ©canismes de sĂ©curitĂ© rĂ©gionaux existants. Depuis la semaine derniĂšre, l’armĂ©e de la RD Congo, les FARDC, a lancĂ© une offensive dans les territoires contrĂŽlĂ©s par le groupe rebelle M23 […]
FARDC isobanura ko ubunyamwuga bwayo ari bwo bwatumye iva muri Ntamugenga
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyasobanuye ko cyavuye mu gace kâingenzi ka Ntamugenga muri teritwari ya Rutshuru kafashwe nâumutwe witwaje intwaro wa M23 kubera ko kirangwa nâubunyamwuga. M23 yafashe Ntamugenga nyuma yâimirwano ikaze yabaye kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, aho byavuzwe ko uyu mutwe witwaje intwaro wagabye […]
London: Abari bahanganye na Rishi Sunak ku mwanya wa Minisitiri wâintebe bose bavuye mu ihatana
Rishi Sunak yiteguye kuba umuyobozi mushya wâaba conservateurs akaba na Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza nyuma yâuko Penny Mordaunt akurikiye Boris Johnson mu gukura akarenge kabo mu guhatanira uyu mwanya . Uyu wahoze ari umuyobozi mukuru, waje ku mwanya wa kabiri ubwo yari ahataniye ubuyobozi na Liz Truss mu mpeshyi, yari amaze gushyigikirwa nâabadepite barenga […]
Karongi: Barifuza kongererwa inganda zitunganya umusaruro wâubuhinzi nâubworozi

Abaturage ku giti cyabo nâamakoperative akora ibikorwa byâubuhinzi nâubworozi mu karere ka Karongi, bavuga ko bafite ikibazo cyâinganda nto nâiziciriritse zongerera agaciro umusaruro wabo, kuko hari igihe uba mwinshi cyane mu gihe kimwe ukanabura isoko,ubundi ukaba muke ugahenda cyane, bakavuga ko igihe izo nganda nâubuhunikiro bugezweho byaboneka, hakemuka byinshi birimo nâicyâizamuka rikabije ryâibiciro, nâabahabwamo akazi […]
Perezida Kagame arasaba abagore bari mu nzego zâubuyobozi kudapfusha ubusa amahirwe bafite

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye abagore bari mu myanya y’ubuyobozi n’imirimo itandukanye kudapfusha ubusa amahirwe bafite ahubwo bagaharanira kuba indashyikirwa n’intangarugero ndetse bagakoresha ayo mahirwe mu guteza imbere bagenzi babo . Ibi umukuru wâigihugu yabikomojeho kuri wa Mbere mu ijambo rye atangiza Inama y’ihuriro ry’abagiraneza bakorera ku mugabane wa Afurika, African Philanthropy Forum 2022 […]
Andrew Mwenda aribaza impamvu ibindi bihugu bikennye bitigira ku Rwanda uko rubigenza

Umunyamakuru wâicyamamare muri Uganda akaba nâumuyobozi wâikinyamakuru The Independent, Andrew Mwenda, uherutse mu Rwanda aho yaje aherekeje Gen. Muhoozi Kainerugaba kuwa 15 Ukwakira 2022 ntiyumva impamvu ibindi bihugu byitwa ko bikennye ndetse n’u Rwanda rubarizwamo, bitigana uko rwo rubigenza kugirango rugaragare nk’igihugu giteye imbere mu bushobozi bucye bwarwo . Mu nkuru ye igaragara ku kinyamakuru […]
Umunyamakuru Andrew Mwenda aragereranya Kigali na Vancouver na Dubai
Umunyamakuru Andrew Mwenda ukunzwe muri Uganda aragereranya umurwa mukuru wâu Rwanda, Kigali, nâumujyi wa Vancouver muri Canada na Dubai muri Leta zunze ubumwe zâAbarabu (UAE). Ni nyuma yâuruzinduko aherutse kugirira mu Rwanda ubwo yari yaherekeje umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba. Mwenda waherukaga i Kigali mu mwaka wâ2018, mbere yâuko umubano […]
Brazil: Uwahoze ari umudepite yateye grenade abapolisi bari bagiye kumuta muri yombi
Kuri iki Cyumweru, uwahoze ari umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Brazil, ashyigikiye perezida ucyuye igihe, Jair Bolsonaro, yateye amagrenade yanga gutabwa muri yombi akomeretsa nibura abapolisi babiri, nk’uko abayobozi babitangaje. Uwahoze ari umudepite, Roberto Jefferson, yakatiwe igihano cy’igifungo n’Urukiko rw’Ikirenga (STF) kubera ko yarenze ku mabwiriza yo gufungirwa mu rugo rwe, nyuma yo kwibasira […]
Musanze: Abatujwe mu mudugudu wa Kabazungu bavuga ko banyagirirwa mu nzu barasaba ubufasha

Abatujwe mu mudugudu wa Kabazungu mu murenge wa Musanze batishoboye bavuga ko banyagirwa bari mu nzu iyo imvura iguye bikaba ngombwa ko bitwikira imitaka barasaba ubufasha bwo gusanirwa amazu kuko basa nkâabarara hanze . Umwe mu baturage batishoboye batujwe muri uyu mudugudu , Nyiramajyambere Veronica kimwe nâabandi bagenzi be bose bavuga ko bitwikira imitaka bari […]
IPRC-Kigali fermĂ© au milieu d’enquĂȘtes sur des vols et de la mauvaise gestion
Le ministĂšre de l’Ăducation a dĂ©clarĂ© avoir temporairement fermĂ© les locaux du CollĂšge rĂ©gional polytechnique intĂ©grĂ© de l’Ăcole polytechnique du Rwanda basĂ© Ă Kigali, dans le cadre d’enquĂȘtes sur des vols et des dĂ©tournements de ressources publiques . Dans un communiquĂ© datĂ© du 23 octobre, le ministĂšre de l’Ăducation a Ă©galement soulignĂ© qu’aucun Ă©lĂšve, personnel […]
Six morts et plusieurs blessés dans un accident de la route
Six personnes ont Ă©tĂ© tuĂ©es et quatre autres blessĂ©es aprĂšs qu’un camion a perdu le contrĂŽle le long de la route Yamaha-Kinamba dans le district de Nyarugenge le dimanche 23 octobre . Le porte-parole du dĂ©partement de la circulation et de la sĂ©curitĂ© routiĂšre, le surintendant principal de la police (SSP) RenĂ© Irere, a dĂ©clarĂ© […]
Koreya zombi zahererekanyije ibisasu ziburirana ku nkombe zabyo zâiburengerazuba
Koreya y’Amajyaruguru n’iy’epfo bahererekanyije amasasu yo kuburirana ku nkombe zabyo zâiburengerazuba, bishinjanya kurenga ku mipaka yabo yo mu nyanja mu gihe hakomeje kumvikana umwuka mubi ushingiye ku igeregezwa ry’intwaro za Pyongyang . Umuyobozi mukuru wâingabo za Koreya yâEpfo (JCS) yavuze kobatanze umuburo bakarasa nâamasasu yo kuburira kugira ngo birukane ubwato bwâabacuruzi bo muri Koreya ya […]
London: Boris Johnson yakuyemo akarenge biha Rishi Sunak amahirwe yo kuba minisitiri wâintebe
Boris Johnson wahoze ari Minisitiri wâintebe wâu Bwongereza yahagaritse icyifuzo cyo konger kuyobora Ishyaka ryâAba-Conservateurs, arangiza igihe gito yari amaze agaragaje ubushake bwo gusubira ku kazi yakuweho mu mezi arenga atatu ashize . Kuvanamo akarenge kwe kuri iki Cyumweru biratuma Rishi Sunak wahoze ari Minisitiri wâimari arushaho kugira amahirwe yo kuba minisitiri wâintebe wâu Bwongereza […]
M23 yambuye FARDC agace gahuza Rutshuru n’umujyi wa Goma
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wambuye ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, agace ka Ntamugenga kari ingenzi cyane kuri zo kuko gahuza isoko rya Rutshuru nâumujyi wa Goma. Ikinyamakuru 7 Sur 7 gikorera muri RD Congo cyatangaje aya makuru, gisobanura ko cyayahawe na bamwe mu basirikare ba Leta bari ku rugamba. Umwe muri […]
Urunturuntu muri APR FC, imirwano ya FARDC na M23 yubuye, RDF yavumbuye intwaro nyinshi: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 17 Ukwakira 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye ku mutekano, siporo nâubutabera. Harimo izikurikira: Imirwano ya FARDC na M23 yarubuye Imirwano hagati yâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, nâumutwe witwaje intwaro wa M23 yarubuye nyuma yâamezi ane yarahagaze. Impande zombi ntizivuga kuri iyi mirwano yubuye tariki ya 20 Ukwakira, […]
Musanze: Umuryango w’abantu 9 wabaga mu kiraro cy’inka wakodesherejwe inzu

Umuryango w’abantu icyenda (9) barimo umugabo witwa Ndererimana Hassan, umugore we Muhawenimana Yvonne n’abana barindwi, uri mu byishimo nyuma y’aho ukodesherejwe n’ubuyobozi aho kuba, ukava mu kiraro cy’inka wari waratijwe. Ni umuryango wari ubayeho nabi, mu kiraro cy’inka mu mudugudu wa Kabogobogo, akagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, ariko nyuma […]
Rusizi: Umusaza wâimyaka 67 yapfuye urukiri amayobera

Munyakazi Evariste wâimyaka 67, wari utuye ahitwa i Gihango mu kagari ka Karambi, umurenge wa Mururu mu karere ka Rusizi, wari watashye ubukwe bwâuwitwa Kayitaba Evariste mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro, umurenge wa Nyakarenzo muri aka karere, wari washyingije umuhungu, yaryamanye nâabandi bantu 4 mu rugo batashyemo ubwo bukwe, mu gitondo bamukozeho ngo […]
Rubavu: Amarira mu muryango usaba Perezida Kagame kuwufasha kugarura gakondo yawo

Mu karere ka Rubavu hari umuryango ukomeje gutakambira Umukuru wâIgihugu ngo yinjire mu kibazo cyawo ubashe kugarurirwa gakondo yawo wubakiwe n’umubyeyi Kanyabutembo Virginie uba muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Ibi ubitangaje nyuma yo kugerageza inzira nyinshi zishoboboka, zirimo ubuhuza n’inkiko ariko bikaba byarananiranye kugeza naho iyi nzu yongeye gushyirwa mu cyamunara ku nshuro ya […]
Rubavu: Umurambo w’uruhinja watoraguwe mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima
Mu bwiherero bwâikigo nderabuzima cya Gisenyi giherereye mu mudugudu wa Gikarani, akagari ka Nengo mu karere ka Rubavu hatoraguwe umurambo wâuruhinja rwari rutarageza igihe cyo kuvuka. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu wa 23 ukwakira 2022 mu masaha y’igicamunsi. Umuyobozi wâikigo nderabuzima cya Gisenyi, Mwubahamana Joselyne, yahamirijwe BWIZA aya makuru ati: “Mu bwiherero bwâikigo nderabuzima cya […]
Dr Mukarukaka Annely arasabira Bamporiki imbabazi

Umunyarwandakazi Dr Mukarukaka Annely wigisha muri kaminuza zirimo iya Dar es Salaam muri Tanzania avuga ko Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâurubyiruko n’umuco akwiye guhabwa imbabazi nâubwo urukiko ruherutse kumukatira. Tariki ya 7 Ukwakira 2022 ubwo hari hashize icyumweru Bamporiki ahanishijwe igifungo cy’imyaka ine n’ihazabu y’amafaranga miliyoni 60 ni bwo Dr Mukarukaka […]
IPRC Kigali yafunzwe kubera iperereza iri gukorwaho

Minisiteri yâuburezi (MINEDUC) yafunze mu gihe cyâibyumweru bibiri ishuri rikuru ryâimyuga nâubumenyi ngiro, ishami rya Kigali, IPRC-Kigali kubera iperereza riri gukorwaho. MINEDUC mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 23 Ukwakira 2022, yasobanuye ko iri shuri riri gukorwa iperereza ku bujura nâimyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta. Ngo mu rwego rwo kugira ngo […]
Interpol yahaye RDC urutonde rwâAbahinde benshi bakekwaho ibyaha byâamafaranga
Abahinde benshi bagize uruhare mu byaha byâamafaranga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) bashyizwe ku rutonde na INTERPOL, nkâuko byahishuwe kuwa Gatanu na Jean Baelongandi, umuyobozi wungirije wa Polisi ya RDC ushinzwe urwego rushinzwe ubushinjacyaha ubwo yari mu nteko rusange ya 90 ya Interpol yateraniye i New Delhi . Komiseri mukuru wungirije, wanze gutanga […]
MINUSCA: Abapolisi b’u Rwanda batanze imiti ku baturage bimuwe nâimyuzure

Ku wa Gatanu, itariki ya 21 Ukwakira, abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bwâUmuryango wâabibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique (MINUSCA), batanze ubufasha bwâubuvuzi ku baturage bavanywe mu byabo nâimyuzure yatewe nâimvura nyinshi iherutse kugwa mu minsi yashize . Amatsinda abiri yâabapolisi bâu Rwanda akorera mu murwa mukuru Bangui; RWAFPU-1 na PSU niyo […]
FARDC irateganya kwerekana abarwanyi ba M23 ivuga ko yafashe mpiri
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, kirateganya kwereka itangazamakuru abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 kivuga ko cyafatiye mpiri mu mirwano imaze iminsi ine. Umuvugizi wâibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Lt Col. Ndjike Kaiko Guillaume, yamenyesheje abanyamakuru ko FARDC iri kwitwara neza muri iyi mirwano, kandi ngo iri hafi kuburizamo imigambi yose […]
Abanyamerika barwanira mu kirere baritegura kwinjira muri Ukraine mu gihe âbyakomeraâ
Burigade ya 2 yâingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zirwanira mu kirere ikorera muri Romania iritegura kwinjira muri Ukraine mu gihe u Burusiya bwagaba igitero ku butaka bwâigihugu kigize umuryango NATO. Nkâuko byatangajwe na CBC News, Colonel Edwin Matthaidess uyobora iyi burigade, yatangaje ko bari gukurikiranira hafi imyitwarire yâingabo zâu Burusiya, kandi bari […]
Kutumvikana kwâakarere na rwiyemezamirimo kuradindiza iyubakwa ryâisoko rya Gisenyi

Ubwumvikane buke bwâubuyobozi bwâakarere ka Rubavu nâikigo RICO (Rubavu Investiment Company Ltd) cyatsindiye isoko ryo gukomeza ibikorwa byâiyubakwa ryâisoko rigezweho ryâumujyi bukomeje kubidindiza. Umuyobozi wa RICO, Twagirayezu Pierre CĂ©lestin, asobanura ko nyuma yâimyaka 10 ibikorwa byo kubaka iri soko bihagaze, ikigo cyabo cyahawe isoko ryo kubikomeza, ariko gisangamo inenge cyakombaga gukosora kibifashijwemo nâakarere. Twagirayezu avuga […]
Abaturage ba Kivu yâAmajyepfo baravuga ko barambiwe Guverineri Ngwabidje

Umujyi wa Bukavu wabyukiye mu mpagarara kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 21 Ukwakira 2022. Abigaragambyaga barakaye bari mu mihanda basaba ko guverineri wâintara, ThĂ©o Ngwabidje Kasi, yegura . Abaturage bo muri iyi ntara bavug ko batarambiwe gusa imicungire idasobanutse yâubuyobozi bwâintara, ahubwo banarambiwe amasezerano yabwo adasohozwa nkâuko tubikesha DRCactu.cd. Ku bwabo, kugira ngo […]
Xi Jinping yamaze kwegukana manda ya gatatu yâamateka nk’umuyobozi w’u Bushinwa
Kuri iki Cyumweru, Xi Jinping yabonye manda ya gatatu yo kuyobora u Bushinwa kandi azamura bamwe mu bafatanyabikorwa be ba hafi bâishyaka rya gikomunisiti, ashimangira umwanya we nk’umuyobozi ukomeye muri iki gihugu kuva Mao Zedong yatabaruka . Ikinyamakuru Xinhua cyatangaje ko Komite Nkuru yâishyaka rya gikomunisiti ryâAbashinwa yatoye Xi ku mwanya wâumunyamabanga mukuru mu yindi […]
Musoni wabaye Visi Perezida wa FDLR yageze i Kigali
Musoni Straton wabaye Visi Perezida wâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta yâu Rwanda, yageze i Kigali ku wa 21 Ukwakira 2022, akaba yaje gutura muri iki gihugu. Amakuru yo kuza kwa Musoni yemejwe nâikinyamakuru The New Times kuri uyu 22 Ukwakira. Kivuga ko cyayakuye ku bantu bizewe. Musoni nka Visi Perezida wa FDLR, yatawe […]
U Burundi bwatangaje ko imipaka yabwo yose ifunguye
Guverinoma yâu Burundi yatangaje ko imipaka yose yo ku butaka itandukanya iki gihugu nâibindi byâibituranyi ifunguye. Aya makuru yatangajwe na Minisiteri yâumutekano wâimbere, ubutegetsi nâiterambere ryâabaturage kuri uyu wa 22 Ukwakira 2022. Yagize iti: “Imipaka yâu Burundi nâibihugu bituranye irafunguye. U Burundi ni nyabagendwa.â Iyi Minisiteri itangaje aya makuru nyuma yâaho Leta yâu Burundi ifunguye […]
Tshisekedi abona MONUSCO ikwiye kuva muri RDC
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi, abona misiyo yâamahoro yâUmuryango wâAbibumbye izwi nka MONUSCO ikwiye kubavira mu gihugu kubera ko yananiwe kubafasha kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa BBC muri porogaramu Africa Daily yerekeye ubuzima bwa buri munsi bwâumugabane wa Afurika. Uyu Mukuru wâIgihugu […]
Rubavu: Polisi yerekanye abantu 11 bakekwaho ubujura bafatiwe mu mukwabu

Polisi yâu Rwanda mu Karere ka Rubavu yerekanye abantu 11 bakekwaho ibikorwa byâubujura bakoreye mu bice bitandukanye muri aka karere . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba, CIP Rukundo Mucyo, yavuze ko aba bafatiwe mu mukwabu wâiminsi itatu wakozwe nyuma yâaho abaturage batabaje bataka kuzengerezwa nâabajura. Ati â Nyuma yo kumva amakuru abaturage bavuga ko […]
Sosiyete yâindege ifite amasezerano yo kuzana abimukira mu Rwanda yakuyemo akarenge
Sosiyete yâindege ya Privilege Style yari ifitanye na guverinoma yâu Bwongereza amasezerano yo kuzana abimukira binjiye muri iki gihugu mu buryo butemewe nâamategeko, yakuyemo akarenge. Ni mu gihe yari ikomeje gushyirwaho igitutu nâabashaka kuburizamo ishyirwa mu bikorwa ryâamasezerano yâabimukira nâubufatanye mu iterambere ryâubukungu u Bwongereza bwagiranye nâu Rwanda muri Mata 2022. Nkâuko The Guardian ibivuga, […]
Ruto yagize uwari ushizwe umutekano we akiri visi perezida umuyobozi wâabashinzwe kumuherekeza
Uwari umaaze igihe kinini ari umuyobozi ushinzwe umutekano mu biro bya Perezida William Ruto yazamuwe mu ntera agirwa umuyobozi mushya wâishami rishinzwe guherekeza Perezida, Presidential Escort Unit (PEU) . Assistant Inspector General, Oloonkishu Yiampoy, yari amaze imyaka icumi ari umuyobozi ushinzwe umutekano mu biro bya Visi Perezida nk’uko tubikesha The Star. Impuguke mu kurinda bntu […]
Plus de Rwandais pauvres obtiendront de l’argent de l’ONG GiveDirectly
Un plus grand nombre de Rwandais pauvres sont destinĂ©s Ă bĂ©nĂ©ficier de GiveDirectly, une organisation mondiale Ă but non lucratif de premier plan spĂ©cialisĂ©e dans la fourniture de transferts monĂ©taires numĂ©riques . Le prĂ©sident Paul Kagame a rencontrĂ©, Jeudi, Rory Stewart, prĂ©sident de GiveDirectly, et a discutĂ© de la poursuite de la collaboration en vue […]
Sudani: Byibuze abantu 155 biciwe mu makimbirane hagati yâamoko mu minsi 2
Byibuze abantu 155 biciwe mu midugudu itatu iri mu nkengero z’akarere ka Wad al-Mahi mu ijoro ryo ku wa Gatatu no mu gitondo cyo ku wa Kane, biturutse ku ntambara ikomeje kumena amaraso hagati yâamoko ya Hausa na Berta muri leta ya Blue Nile muri Sudani . Kugeza ku ya 6 Ukwakira, imirwano hagati yâabaturage […]
Umutoza wa Man. U yatangaje ko atagombaga kongera kwihanganira ikosa rya Cristiano Ronaldo
Umutoza mukuru wa Manchester United, Erik ten Hag, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gukura Cristiano Ronaldo ku rutonde rwâabakinnyi azitabaza ku mukino wâiyi kipe na Chelsea FC kubera ngo atagombaga kongera kwihanganira ikosa ryisubiriye. Uyu mutoza kuri uyu wa 20 Ukwakira ni bwo yafashe umwanzuro wo gukura Cristiano muri aba bakinnyi bazitabazwa mu mukino uraba […]
M23 iravuga ko Ingabo za FARDC bari bahanganye ahitwa Rangira zayabangiye ingata
Umutwe wa M23 uravuga ko Ingabo za FARDC bari bahanganye mu gace ka Rangira muri Teritwari ya Rutshuru zimaze kuyabangira ingata zerekeza ahitwa Rukoro . Nkâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa Goma24 rukunze gutangaza amakuru ava muri M23, biravugwa ko ingabo za FARDC zataye urugamba kugeza mu birometero bine ubu zikaba zibarizwa mu birometero […]
U Burusiya buremeza ko NATO iri gusatira intambara yeruye na bwo

Leta yâu Burusiya yatangaje ko umuryango wâubwirinzi bwa gisirikare wa NATO uri gusatira intambara yeruye na bwo bitewe nâintwaro ibihugu biwugize bikomeje guha ubutegetsi bwa Ukraine. Ibi byatangajwe nâUmuvugizi wa Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya, Maria Zakharova, ubwo yaganiraga nâabanyamakuru i Moscow kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022. Zakharova yagize ati: “Ibihugu bya NATO bisa […]
Abarinzi ba Perezida Tshisekedi baherutse gufungirwa mu Bwongereza
Abarinzi babiri ba Perezida wa Repubulika ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, baherutse gufungirwa mu mujyi wa Londres mu Bwongereza mu gihe cy’amasaha ane ubwo uyu Mukuru wâIgihugu yari yo mu ruzinduko. Abatawe muri yombi ni Lieutenant Colonel JosuĂ© Kasongo Nteki na Captain Tabu Eboma Tema, babiri muri batanu bari baherekeje uyu Mukuru wâIgihugu. Umunyamakuru Pero […]
Umuntu umwe ashobora kuzajya apfa buri masegonda 36 azize inzara mu karere – Oxfam
Raporo nshya ivuga ku bijyanye no kwihaza mu biribwa mu karere, iravuga ko nyuma yâibihembwe bine bikurikiranye imvura itagwa neza, umusaruro muri Afurika yâIburasirazuba wabaye iyanga ku buryo umuntu umwe ashobora gupfa buri masegonda 36 azize inzara . Ibintu birushaho gufata intera cyane muri Somalia, Ethiopia na Kenya ku buryo impuguke mu bijyanye n’uburenganzira bwa […]
Kenya: Inganda zitunganya icyayi zakangishije Leta kwimukira mu Rwanda

Inganda mpuzamahanga zitunganya icyayi mu ntara ya Kericho ikorerwamo ubuhinzi bwiganjemo ubwâiki gihingwa zakangishije Leta ya Kenya kwimurira ibikorwa byazo mu Rwanda, kubera igitutu zikomeje gushyirwaho. Ubuyobozi bwâintara ya Kericho burashinja izi nganda zirimo urwa James Finley na Unilever kudaha agaciro abaturage ndetse nâabahinzi bâicyayi, bukazisaba gukorera mu nyungu zabo. Byatumye izi nganda mpuzamahanga zinubira […]
Umwana wâumunyeshuri wâimyaka 14 yiyahuriye mu isomero ryâishuri kubera urukundo
Polisi mu Karere ka Bukomansimbi mu gihugu cya Uganda iri gukora iperereza ku rupfu rwâumwana wâumunyeshuri wo mu mwaka wa 7 wâamashuri abanza bivugwa ko yiyahuriye mu isomero ryâishuri . Paul Luyimbazi, wâimyaka 14, yari umunyeshuri mu ishuri ribanza rya Mutagatifu Jude Thaddeus mu Karere ka Bukomansimbi. Luyimbazi yasanzwe yimanitse mu isomero ryâishuri abonwe nâundi […]
Rusizi: Uwashinjwaga gusambanya no gutera inda umukobwa we yakatiwe imyaka 21 y’igifungo
Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 19 Ukwakira, rwahanishije igifungo cyâimyaka 21 umugabo wâimyaka 41 wahamwe nâicyaha cyo gusambanya umwana we wâimyaka 17 bikamuviramo gutwara inda . Uwo mugabo wo mu mudugudu wo mu mudugudu wa Nyamagana, Akagali ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi, yatangiye gusambanya umwana we mu […]
Tchad: Imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi yaguyemo 50 abandi barakomereka

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâintebe Saleh Kebzabo yabwiye abanyamakuru ko abantu bagera kuri 50 bishwe abandi benshi bagakomereka mu myigaragambyo yo kwamagana leta muri Tchad . Urugomo rwadutse nyuma yâuko abigaragambyaga bafungaga imihanda bagatwika icyicaro cyâishyaka rya minisitiri wâintebe ubwo abantu babarirwa mu magana birohaga mu mihanda basaba ko hajyaho ubutegetsi bwihuse bwa demokarasi […]
U Rwanda rugiye kwizihiza imyaka 60 rumaze muri UN

U Rwanda rurizihiza imyaka 60 rumaze rwinjiye mu Muryango wâAbibumbye (UN) tariki ya 24 Ukwakira 2022, rwishimira ibyagezweho ndetse nâamasomo rwigiye mu mikoranire yarwo nâuyu muryango. Umuhango wo kwizihiza uyu munsi uzabera mu mujyi wa Kigali, uzakurikirwe nâigikorwa cyo gutera ibiti byâimbuto mu karere ka Huye na Musanze muri gahunda yâumuganda ngarukakwezi uzaba tariki ya […]
U Rwanda niruduhatiriza kujya mu ntambara, nta yandi mahitamo tuzagira: Tshisekedi

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix-Antoine Tshisekedi, yatangaje ko u Rwanda nirubahitiriza kujya mu ntambara na rwo, nta yandi mahitamo bazagira, keretse kurwana byeruye. Uyu Mukuru wâIgihugu yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâAbanyekongo baba i Londres mu bwami bwâu Bwongereza, ubwo yagiriragayo uruzinduko kuri uyu wa 19 Ukwakira 2022. Tshisekedi yabwiye aba Banyekongo […]
Canada: Abadepite banze kurahirira Umwami w’u Bwongereza, Charles III
Abadepite 11 baherutse gutorwa mu mujyi wa QuĂ©bec muri Canada tariki ya 3 Ukwakira 2022 banze kurahirira Umwami wâu Bwongereza akaba nâUmukuru wâigihugu cyabo, Charles III Nkâuko radiyo mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, yabisobanuye kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022, aba badepite banze kurahira, basobanura ko kubikorera Umwami wâu Bwongereza byaba ari igikorwa cyâubukoloni. Gabriel Nadeau Dubois […]
Le Rwanda prĂȘt pour les greffes de rein – MINISANTE
Le Rwanda dispose des outils et du personnel mĂ©dical nĂ©cessaires pour effectuer des greffes de rein, a dĂ©clarĂ© le ministre de la SantĂ©, Daniel Ngamije, mercredi 19 octobre, alors que la Chambre des dĂ©putĂ©s a approuvĂ© la pertinence du projet de loi rĂ©glementant l’utilisation des organes, tissus et cellules humains . Ngamije a dĂ©clarĂ© que […]
Indege zâindwanyi zâu Burusiya zahushije indege yâirondo yâu Bwongereza
Minisitiri wâingabo wu Bwongereza, Ben Wallace kuri yu wa Kane yahishuye ko kuwa 19 Ukwakira Indege yâu Burusiya yarekuye misile ikanyura hafi yâindege yâu Bwongereza yari iri gukora irondo mu kirere mpuzamahanga hejuru yâInyanja Yirabura . Wallace yabwiye inteko ishinga amategeko ko u Bwongereza bwahagaritse amarondo icyo gihe nyuma yâibyabaye anagaragariza impungenge zabo Minisitiri wâingabo […]
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza wari ukiri mushya areguye

Minisitiri wâIntebe mushya wâu Bwongereza, Liz Truss, amaze kwegura kuri uyu mwanya nyuma yâigitutu yari akomeje gushyirwaho na bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko. Truss yatangarije ubwegure bwe hanze yâibiro bye, asobanura ko yabonye atashobora gukora iyi nshingano yatorewe, kandi ngo yanamaze kubimenyesha Umwami Charles III. Uyu munyapolitiki wari umaze iminsi 45 atangiye iyi nshingano […]
RDC: Igitero cyâinyeshyamba ku bigo nderabuzima cyahitanye 7 umuforomokazi arashimutwa
Nibura abantu barindwi bishwe ndetse umuforomokazi arashimutwa mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu gitero cyagabwe nâinyeshyamba za ADF, cyibasiye inzego ebyiri z’ubuzima . Norbert Muhindo, umuforomokazi ku kigo nderabuzima cyita ku mujyi wa Maboya, mu gace ka Beni mu ntara ya Kivu […]
Uko umwana w’imyaka 8 yabaye umusirikare ukomeye mu mateka y’Isi
Mu ntambara ya mbere y’Isi yabaye hagati y’umwaka w’1914 n’1918, abana n’ingimbi ibihumbi nâamagana bakoreshejwe mu mirwano yahuzaga ibihugu, bagashyirwa ku mirongo y’imbere ku rugamba, bakaba ari bo babanza kwicwa. Leta y’u Bwongereza ivuga ko abana babarirwa mu bihumbi 250 bari munsi y’imyaka 18 binjijwe mu gisirikare cy’iki gihugu ngo baburwanirire muri iyi ntambara. Muri […]
Ethiopia yemeje ko izitabira ibiganiro byâamahoro muri Afurika yâEpfo mu cyumweru gitaha
Kuri uyu wa Kane, Guverinoma ya Ethiopia yavuze ko ibiganiro byâamahoro ku ntambara imaze imyaka ibiri muri Tigray bizatangira muri Afurika yâEpfo mu cyumweru gitaha . Umuhamagaro wâamahanga asaba ihagarikwa ryâubugizi bwa nabi bwiyongera mu majyaruguru ya Ethiopia wakomeje kwiyongera kuva icyifuzo cyâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, mu ntangiriro zâuku kwezi, cyo kujyana ku meza […]