Gen. Cirimwami yahamagawe mu rubanza rwa ba Colonel bashinjwa gusiga Bunagana mu maboko ya M23

GĂ©nĂ©ral Major Peter Cirimwami wayoboye ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yahamagawe mu rubanza rwa ba Colonel babiri bashinjwa gusiga umujyi wa Bunagana mu maboko yâumutwe witwaje intwaro wa M23. Urukiko rwâigisirikare rwatangiye kuburanisha aba ba Colonel: DĂ©sirĂ© Lobo uyobora Rejima yâ3412 na Jean Marie Diadia […]
Abanyarwanda bakeneye ingingo bagiye gutangira kujya bazibona zitabahenze
Inteko rusange yâUmutwe wâAbadepite yemeje ishingiro ryâumushinga wâitegeko rigena imikoreshereze yâingingo zâumuntu, tisi nâuturemangingo . Asobanura ishingiro ryâuriya mushinga, Minisitiri wâubuzima, Dr Daniel Ngamije, yavuze ko bigamije kuzafasha Abanyarwanda barwaye kandi bakeneye guhabwa ingingo runaka kuzibona zidahenze kuko zizaba ziri mu Rwanda kuruta uko bazitumizaga mu mahanga. Minisitiri w’ubuzima yavuze ko uriya mushinga wâitegeko ugamije […]
RDC: Umunyamategeko asanga urukiko rudafite ububasha bwo kuburanisha urubanza ku iyicwa rya Amb. Attanasio
Nyuma yâisubukurwa ryâurubanza ku iyicwa rya Amb. Luca Attanasio, ku ya 12 Ukwakira, umwe mu banyamategeko kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Ukwakira, yasabye ko urukiko rwatangaza ko rudafite ububasha bwo kuruburanisha rwemeza ko ruzatanga umwanzuro kuwa Gatatu utaha . Abanyekongo batanu bahakana icyaha, bitabye kuri uyu wa 19 Ukwakira urukiko rwa gisirikare i […]
Minisitiri Gatabazi yunze mu rya Perezida Kagame, asaba abayobozi guhagarika inama za buri gitondo

Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayobozi bo mu nzego zâibanze guhagarika inama za buri gitondo bakora akenshi mu gihe abaturage babakeneye. Minisitiri Gatabazi yabisabiye mu mwiherero wâiminsi ine wahurizaga abayobozi bâuturere bungirije 60 mu karere ka Bugesera, mu ntara yâiburasirazuba. Yagize ati: “Inama akenshi zagiye ziba zigaragaza ko abaturage tubahoza mu nama […]
Kigali: Hari kwigwa uburyo abafite imodoka zabo bwite bazajya bategekwa gutega iza rusange
Umujyi wa Kigali uri kwiga ku buryo abantu bafite imodoka zabo bwite bazajya bategekwa gutega iza rusange zitwara abagenzi benshi, mu rwego rwo guca akavuyo kâibinyabiziga mu mihanda. Ibi ni kimwe mu byigiwe mu nama yâiminsi itatu ihuza abashinzwe imitunganyirize yâimijyi baturutse ibihugu bitandatu, nkâuko byatangajwe na Eng. Emmanuel Katabarwa ushinzwe ibikorwaremezo muri Kigali. Eng. […]
Gasabo: Polisi yafashe umukozi wa koperative ushinjwa kuyiba igaruza n’amafaranga yari yibwe

Polisi yâu Rwanda ifatanyije nâizindi nzego zâumutekano mu Karere ka Gasabo, yagaruje amafaranga yâu Rwanda agera ku bihumbi 119 yari yibwe, hafatwa umusore wâimyaka 22 ukurikiranyweho kugira uruhare mu kwiba ayo mafaranga . Uwafashwe ni uwitwa Hakizimana Eric, wafatiwe mu mudugudu wa Musango, Akagari ka Kabuga I, mu Murenge wa Rusororo ubwo yari arimo asubira […]
Musanze: Aba mu kiraro cyabagamo inka kwa nyirabukwe n’umuryango we wose

Umuryango w’abantu icyenda (9) barimo umugabo ari na we mukuru w’umuryango witwa Ndererimana Hassan, umugore we Muhawenimana Yvonne n’abana barindwi babaye bacumbitse mu cyahoze ari ikiraro cy’inka ya Gira Inka mu mudugudu wa Kabogobogo, akagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza mu gihe bagitegereje ubufasha. Uyu mugabo Ndererimana Hassan yashakanye na Muhawenimana Yvonne, bombi bavuka […]
Raporo: Abatunzi ba miliyoni zirenga 100 z’amadolari mu Rwanda baziyongera kuri 70% mu myaka 10
Raporo nshya yâibigo New World Wealth na Henley & Partners yerekana ko umubare wâabatunzi ba miliyoni zirenga 100 zâamadolari ya Amerika mu Rwanda ugana ku kwiyongera ku kigero cya 70% kugeza mu mwaka w’2032. Ibi bigo bikora ubushashatsi ku bukungu bwâIsi byagaragaje ko u Rwanda ari cyo gihugu kiri mu muryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) […]
Putin yatangaje ibihe bidasanzwe mu turere twa Ukraine u Burusiya buherutse kwiyomekaho
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Vladimir Putin yatangaje ibihe bidasanzwe mu turere tune u Burusiya bwigaruriye muri Ukraine mu kwezi gushize nkâuko tubikesha Euronews . Perezida wâu Burusiya yasohoye aya mabwiriza kuri Donetsk, Lugansk, Kherson na Zaporizhia, uturere igihugu cye giherutse kwiyomekaho kitwambuye Ukraine nyuma yâamatora ya kamarampaka ataravuzweho rumwe. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yâinama […]
Museveni agiye gutumira Macron ngo baganire ku bibazo byo muri RDC
Perezida Museveni wa Uganda arateganya gutumira mugenzi we wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, bakaganira ku kibazo cyâumutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo no ku bindi bibazo byugarije Afurika . Museveni yavuze ko azasaba Macron gusura Uganda mu mwaka utaha ubwo igihugu kizaba kizihiza Umunsi wo kwibohora, wizihizwa ku itariki ya 26 Mutarama buri […]
Kinshasa: Umunyamakuru yegetsweho ikosa ku itangazwa rya GĂ©nĂ©ral wapfuye nka komanda wâingabo

Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo byasobanuye uko byagenze ngo hatangazwe GĂ©nĂ©ral Major Floribert Kisembo Bahemuka wapfuye mu myaka 11 ishize atangazwe nka komanda wâingabo mu karere ka Nord Equateur. Tariki ya 17 Ukwakira 2022, umunyamakuru yasomeye kuri televiziyo yâigihugu, RTNC, icyemezo cyâUmukuru wâIgihugu ati: “Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya ya […]
Ibiryabarezi bigera mu 170 bimaze gufatirwa mu mukwabu wa MINICOM
Umukwabu wa Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda wo gufata imashini zikinirwaho imikino yâamahirwe zizwi nkâibiryabarezi, umaze gufatirwamo imashini zigera mu 170 . Abakozi ba MINICOM ndetse nâizindi nzego bafatanyije muri iki gikorwa barimo gushakisha ahari izi mashini zâimikino yâamahirwe, ariko ba nyirazo badafite ibyangombwa byo kuzitunga no kuzikoresha mu Rwanda. Izirimo gufatwa harimo nâizitarimo gukoreshwa zibitse ahantu […]
Groupe rebelle FDLR soutenu par l’armĂ©e de la RD Congo – HRW
L’armĂ©e de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo a soutenu un groupe rebelle rwandais notoire lors de rĂ©cents affrontements avec la milice du M23, a dĂ©clarĂ© Human Rights Watch mardi . L’ONG a dĂ©clarĂ© que l’armĂ©e congolaise avait armĂ© et combattu aux cĂŽtĂ©s d’une coalition de milices impliquĂ©es dans des exactions. Cela comprenait les FDLR, un […]
Gen. Maj. Gaseni Niyirora wa FLN yaba aherutse kwicirwa mu mirwano
Gen. Maj. Niyirora Gaseni wari ushinzwe ibikorwa byâamashuri ya gisilikare muri FLN amaze icyumweru yishwe arashwe,na Mai Mai John, inyeshyamba zâAbakongomani bo mu bwoko bwâAbatembo muri Kivu yâAmajyepfo . Amakuru agera kuri Rwandatribune dukesha iyi nkuru, avuga ko umwe mu bantu bari hafi ya Gen. Habimana Hamada baganiriye, yavuze ko ubwo FARDC yasenyaga ibirindiro bya […]
Mu kwezi gutaha Rwandair izatangiza ingendo zijya i London nta handi indege zinyuze
Isosiyete nyarwanda yâingendo zo mu kirere, RwandAir, iravuga ko, guhera ku ya 6 Ugushyingo, izatangiza ingendo zerekeza ku kibuga cyâindege cya Heathrow muri London, nta handi ihagaze, mu rwego rwo gusubiza ibyifuzo byiyongea byâabakiriya bayo . Abagenzi bajya i London ubusanzwe banyuraga i Buruseli kuva mu myaka itanu ishize. RwandAir yavuze ko nâiki cyemezo, hazajya […]
Perezida wa Madagascar yirukanye Minisitiri amuziza kwamagana u Burusiya

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yirukanye Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Richard Randriamandrato, amuziza gutora umwanzuro wamagana kuba u Burusiya bwariyometseho ibice bine bya Ukraine. Tariki ya 12 Ukwakira 2022, Umuryango wâAbibumbye wakoresheje itora ryo kwamagana iki cyemezo cyâu Burusiya. Ryashyigikiwe nâibihugu 143 birimo Madagascar, ryangwa nâibihugu 5, ibindi 35 birifata. Byamenyekanye ko Minisitiri Randriamandrato yatoye uyu […]
Umuyobozi wâingabo zâu Burusiya muri Ukraine yemeye ko ingabo ze zimerewe nabi muri Kherson
Umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine aravuga ko ibintu biri mu mujyi wa Kherson wo mu majyepfo “bigoye” kandi ko abaturage bagomba kwimurwa. Kuri Televiziyo yâu Burusiya, Gen. Serge Surovikin yavuze ko ingabo za Ukraine ziri gukoresha roketi za Himars zibasiye ibikorwa remezo nâinyubako. Ati: “Ingabo zâu Burusiya mbere ya byose ziraharanira ko abaturage bose […]
Tshisekedi yatangaje ko nta gahunda afite yo kwifashisha abacancuro ba Wagner mu kurwanya inyeshyamba

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko nta gahunda afite yo kwifashisha abacancuro bâumutwe wigenga wâAbarusiya wa Wagner Group mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya uburasirazuba bwâigihugu. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Roula Khalaf wa Financial Times ubwo yari yitabiriye inama ya Afurika irebana nâubukungu yabereye i Londres mu Bwongereza […]
Kenya: Umudepite yemereye akazi umukobwa wamusabiye mu ruhame kumugira umugore

Umudepite uhagarariye agace ka Mumias East mu nteko ishinga amategeko ya Kenya, Peter Salasya, yemereye akazi umukobwa witwa Ronald Lydia wamusabiye mu ruhame kumugira umugore. Uyu mukobwa yavuzweho cyane ku mbuga nkoranyambaga ubwo kuri uyu wa 17 Ukwakira 2022 yagaragaraga afite icyapa kiriho ifoto ya Depite Salasya nâubutumwa bumusaba kumugira umugore. Ubu butumwa bwagiraga buti: […]
Rusizi/Kamembe: Mu cyumweru kimwe hamaze gufatwa abajura 31
Nyuma yâigihe kinini abatuye nâabagenda umujyi wa Rusizi binubira abajura babategera mu mayira bakabambura cyane cyane amatelefoni nâudukapu turimo amafaranga, cyane cyane abagore nâabakobwa, nâabatobora inzu nâibikoni bagatwara ibirimo byose, ubuyobozi bwâumurenge wa Kamembe urimo igice kinini cyâuyu mujyi buravuga ko bwabahagurukiye, aho mu cyumweru kimwe hamaze gufatwa 31. Nkâuko Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Kamembe, […]
U Burusiya buravuga ko abayobozi bâu Budage bamaze kurenga umurongo utukura
Abayobozi bâu Budage ntibari bakwiye kurenga umurongo utukura baha intwaro Kiev, bitewe nâuruhare rwâamateka rwâigihugu cyabo ku baturage bâu Burusiya, nk’uko byatangajwe na Ambasaderi wâu Burusiya mu Budage, Sergey Nechayev, avugana nâIbiro Ntaramakuru TASS . Ambasaderi Nechayev yagize ati “Intwaro zica zakozwe n’u Budage, zahawe ubutegetsi bwa Kiev, ntabwo zikoreshwa gusa ku basirikare b’Abarusiya, ahubwo […]
Umuraperi Kaalan Walker wâimyaka 27 yakatiwe imyaka 50 yâigifungo
Kuri uyu wa Mbere, umuraperi wo muri Los Angeles yakatiwe byibuze igice cy’ikinyejana cyâigifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gufata ku ngufu byinshi . Nkâuko ubushinjacyaha bw’akarere ka Los Angeles bubitangaza, Kaalan Walker w’imyaka 27 yahamijwe muri Mata ibyaha bitatu byo gusambanya ku gahato, ibirego bibiri byo gusambanya abana batujuje imyaka yâubukure, ndetse n’ibyaha bibiri […]
Human Rights Watch yagaragaje uko FARDC yakoranye na FDLR mu gihe cya vuba
Umuryango mpuzamahanga HRW (Human Rights Watch) wasobanuye birambuye uko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, zifatanyije nâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda mu mirwano yabaye mu gihe cya vuba. Raporo uyu muryango washyize hanze kuri uyu wa 18 Ukwakira 2022 isobanura ko hagati ya Gicurasi ya Kanama, FARDC yifatanyije nâimitwe […]
Le Parlement rejette le projet de loi sur les contraceptifs pour les jeunes de 15 ans
La sĂ©ance plĂ©niĂšre de la Chambre des dĂ©putĂ©s a rejetĂ© lundi la pertinence du projet de loi qui visait Ă assurer l’accĂšs aux services contraceptifs pour les enfants (filles) ĂągĂ©s de 15 ans et plus . La lĂ©gislation rwandaise considĂšre comme enfant toute personne ĂągĂ©e de moins de 18 ans. Actuellement, les contraceptifs ne sont […]
USA yafatiye ibihano abantu 14 bashinjwa gufasha no gukorana nâumutwe wa Al Shabaab
Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Amerika yafatiye ibihano abagabo 14, harimo batandatu yavuze ko bari mu muyoboro wagize uruhare mu kugurira intwaro, guha amafaranga no gushakira abarwanyi umutwe wa Al Shabaab . Mu ijambo rye, Brian Nelson, umunyamabanga wungirije wâikigega cya Leta ushinzwe iterabwoba nâubutasi mu byâimari, yagize ati: “Isanduku ya Leta yibanze ku […]
Minisitiri Muyaya abona nta biganiro bikenewe na M23 mu gihe RDC iganira n’u Rwanda
Minisitiri wâitumanaho akaba nâUmuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya, yatangaje ko nta biganiro bikenewe hagati yâubutegetsi bwâigihugu cyabo nâumutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe busanzwe bubigirana nâubwâu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru i Kinshasa kuri uyu wa 17 Ukwakira 2022, umwe yamenyesheje Minisitiri Muyaya ko intumwa ya Perezida […]
Ukraine: Igice cya Kyiv nâindi mijyi myinshi biri mu icuraburindi nyuma yâibitero byâu Burusiya
Ingabo zâu Burusiya zongeye kwibasira ibigo byâingufu byâigihugu cya Ukraine, bisiga igice cya Kyiv nâindi mijyi nta mashanyarazi nâamazi . Ibisasu byumvikanye mu murwa mukuru nyuma gato ya 09:00 (06:00 GMT) kandi umwotsi mwinshi waturutse hafi ya station y’amashanyarazi hafi y’umugezi wa Dnipro. Amashanyarazi n’amazi byaciwe i Zhytomyr, mu burengerazuba bwa Kyiv, kandi inganda ebyiri […]
Ingabo za Ethiopia zambuye inyeshyamba za TPLF umujyi wa Shire
Kuri uyu wa Mbere, Ingabo za guverinoma ya Ethiopia nâabafatanyabikorwa bazo bafashe Shire, umwe mu mijyi minini yo mu majyaruguru ya Tigray, ziwambuye ingabo za TPLF bagiye barwana no kuva mu mpera za 2020, nk’uko byatangajwe nâabadipolomate nâabashinzwe ubutabazi . Shire ni umujyi uri nko mu bilometero 140 mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru wa Tigray […]
EU iracyiga ku buryo yatera inkunga ingabo zâu Rwanda ziri muri Mozambique
Umuryango wâUbumwe bwâUburayi (EU) uracyiga ku buryo watera inkunga yâamafaranga ibikorwa byâingabo zâu Rwanda zagiye kugarura amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Iki gitekerezo cyatangajwe bwa mbere muri Mutarama 2022, mu gihe EU yanateganyaga gutera inkunga ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâamajyepfo, SADC, muri iyi ntara yugarijwe nâibikorwa byâiterabwoba kuva […]
Benzema yahaye icyubahiro Tupac yigana uko yari yambaye amurika âAll Eyez on Meâ

Umukinnyi Karim Benzema, waraye yegukanye Balln dâOr ya 2022, yahaye icyubahiro Umuraperi Tupac Shakur ubwo yajyaga kwakira iki gihembo yambaye ikoti nkâiryo yari yambaye umunsi amurika Album ye, All Eyez on Me . Ikoti ryâumukara, ishati yera imbere nâamataratara yâumurimbo, nibyo Benzema yaserutse yambaye ubwo yajyaga kwakira igihembo cyâumuinnyi mwiza wâumwaka wa 2022. Muri iyi […]
M23 yerekanye Colonel Byamungu uherutse gucika igisirikare cya RDC
Umutwe witwaje intwaro wa M23 werekanye Colonel Maheshe Byamungu Bernard uherutse gucika igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyari kimufungishije ijisho. Uyu musirikare yigeze gufungirwa muri gereza yâigisirikare mu 2012 azira kuba umwe mu bari bagize M23, afungurwa mu 2019 amaze guhabwa imbabazi na Perezida wa RD Congo, FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo wari ugiye […]
VP Gachagua yemereye akazi mu biro bye umukobwa wamwise Riggy G

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yemereye akazi mu biro bye umukobwa witwa Ivy Chelimo wamwise izina ryâakabyiniriro rya Riggy G ahamya ko rituma urubyiruko rumwiyumvamo. VP Gachagua yatanze iri sezerano kuri uyu wa 17 Ukwakira 2022, aritangaza ku mugaragaro ubwo yitabiraga umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa wizihirijwe mu karere ka Kajiado. Nkâumushyitsi mukuru, Gachagua yasabye […]
Nyaruguru: Umwana w’imyaka 10 yishwe n’igisasu cyari mu ishyamba
Umwana w’umuhungu w’imyaka 10 y’amavuko witwa Ngiriyambonye Emmanuel, wari utuye mu mudugudu wa Bunge, akagari ka Bunge, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, yaturikanywe n’igisasu cya ‘grenade’ kiramwica ubwo yari yagiye kwahira ishinge mu ishyamba. Nk’uko abaturage bo mu mudugudu wa Bunge babibwiye BWIZA, iyi mpanuka y’uyu mwana wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanze […]
Mali: Abasirikare 2 ba MINUSMA bapfuye abandi bane barakomereka
Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Ukwakira, abasirikare babiri bâUmuryango wâAbibumbye bapfuye abandi bane barakomereka bikabije ubwo imodoka yabo yagongaga igisasu mu majyaruguru ya Mali, nkuko byatangajwe na MINUSMA kuri twitter . Abarwanyi ba kisilamu, bamwe bafite aho bahurira na al Qaeda na Leta ya Kisilamu, mu myaka icumi ishize bagabye ibitero bitandukanye mu majyaruguru […]
Kampala: Ikizamini cyanyomoje Kabanda waregaga ibitaro kumwiba impyiko
Ikizamini cyo kwa muganga cyanyomoje umusore wâimyaka 25 yâamavuko witwa Kabanda Muhammad washinjaga ibitaro bya Old Kampala kumwiba impyiko yâibumoso. Kabanda yasobanuriye urwego rwa Polisi rushinzwe ubugenzacyaha ko yakoze impanuka mu mpera za Nzeri 2022, akomereka ku mutwe, ajyanwa kwivuriza ibikomere muri ibi bitaro. Umuganga Dr Mugalu Alex yamukoreye operasiyo (kumubaga) yo ku gahanga tariki […]
RDC: Jean Marc Kabund ushinjwa gusuzugura umukuru wâigihugu yongeye kwitaba urukiko
Uwahoze ari inshuti ya Perezida FĂ©lix Tshisekedi, Jean-Marc Kabund, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Ukwakira yasubiye mu rukiko . Iperereza ku rubanza rwe rizakomereza imbere yâurukiko. Mu iburanisha riheruka, ntabwo yitabye kubera impamvu z’ubuzima nkâuko iyi nkuru dukesha lâInterview ivuga. Jean-Marc Kabund , yemerewe gufungirwa mu rugo, ariko aracyafungiwe muri Gereza Nkuru ya […]
U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere bigaragaramo izamuka rikabije ryâibiciro byâibiribwa ku Isi â Banki yâIsi

U Rwanda, Zimbabwe na Ghana ni byo bihugu bitatu bya Afurika mu bihugu 10 bigaragaramo izamuka rikabije ryâibiciro byâibiribwa mu isuzuma rya Banki y’Isi riheruka . Ibihugu bya Zimbabwe, Liban, Venezuela na Turkiya biza mu myanya ine ya mbere mu mu isuzuma mu gihe Iran, Sri Lanka, Argentine, Moldaviya, u Rwanda na Ghana ari byo […]
Abagize BTS bagomba kumara umwaka bakorera igisirikare cya Koreya bakwanga bagafungwa

Abagize itsinda BTS ryâabahanzi bo muri Koreya yâEpfo, bagomba kujya gufata imyitozo ya gisirikare, nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Mbere nâikigo cyita ku nyungu zabo, birangiza impaka zari zimaze imyaka hibazwa niba ibi byamamare bikwiye gusonerwa kwitabira izi ngando zisanzwe ari itegeko ku Banyakoreya bari munsi yâimyaka 30 . Abagabo bose bo muri Koreya yâEpfo […]
Umwongerezakazi arigamba gufungisha konte za Twitter zâAbanyarwanda âbamwibasiraâ
Umunyamakuru wâUmwongerezakazi uzwiho kwibasira ubutegetsi bwâu Rwanda, Michela Wrong, arigamba gufungisha konte za Twitter zâAbanyarwanda babiri avuga ko bamwibasira. Wrong wakoreye ibinyamakuru birimo BBC na The Financial Times ku mugabane wa Afurika yatangaje aya makuru kuri uyu wa 16 Ukwakira 2022, agira ati: “Konte ebyiri nareze zâAbanyarwanda banyibasira zarahagaritswe mu minsi mike ishize.â Yakomeje agira […]
Rubavu: Ku nkengero zâIkiyaga cya Kivu hagiye gushyirwa ubwiherero butahabonekaga
Ku nkengero zâIkiyaga cya Kivu hagiye gushyirwa ubwiherero ndetse hongererwe umutekano kuko hasurwa nâabantu benshi bavugaga ko hari ibitanoze nkâuko byatangajwe nâ Ubuyobozi bwâAkarere ka Rubavu . Abasura Ikiyaga cya Kivu bagaragazaga kuba babura ubwiherero nkâintenge yatumaga bamwe bahitamo kwibohorera mu mazi, naho abandi ntibashobore gutahana ibyo bajyanye ku mazi kubera ubujura bukorwa nâabana bato. […]
Amafoto: Umugore wa Tshisekedi yasuye imva ya Mobutu nâumugore we Bobi Ladawa

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 15 Ukwakira 2022, umufasha wa Perezida Tshisekedi, Denise Nyakeru, yasuye imva ishyinguyemo uwahoze ari Perezida wa Zaire, Mobutu Sese Seko, ndetse anasura umupfakazi we, Bobi Ladawa, i Rabat muri Maroc . Denise Nyakeru avuga ko yabonye Bobi Ladawa ameze neza kandi yishimiye kumva ubunararibonye bwe nâinama ze zâagaciro nkâumuntu […]
Umurwa mukuru wa Ukraine wongeye kwibasirwa nâibisasu byâu Burusiya
Umuyobozi w’akarere ka Kyiv, Vitali Klitschko, aravuga ko haturikiye ibisasu byinshi mu karere ko hagati y’umurwa mukuru wa Ukraine . Kuri uyu wa Mbere, ibyo biturika byibasiye akarere ka Shevchenkivskyi mu murwa mukuru, kandi byangiza amazu menshi yo guturamo, nk’uko Klitschko yabitangaje kuri serivisi yo kohererezanya ubutumwa ya Telegram. Klitshchko yagize ati: “Abatabazi bari aho […]
RDC: Ba Colonel babiri bashinjwa gutuma M23 ifata Bunagana no kuyisigira intwaro
Abasirikare babiri bafite ipeti rya Colonel bakurikiranwe nâubushinjacyaha bwâigisirikare ku rwego rwâintara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bashinjwa gutuma umutwe witwaje intwaro wa M23 ufata agace ka Bunagana no kuwusigira ibikoresho birimo intwaro. Aba basirikare ni Colonel DĂ©sirĂ© Lobo uyobora rejima ya 3412 na Colonel Jean Marie Diadia wa Diadia […]
Inama mpuzamahanga 2 i Kigali, ihagarikwa rya batatu muri RURA na mwarimu ukekwaho kwica undi: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 Ukwakira 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye umutekano, politiki nâubutabera. Harimo: Inama ya IPU na Youth Connekt Africa mu Rwanda I Kigali habereye inama yâihuriro mpuzamahanga ryâinteko zishinga amategeko ku Isi rizwi nka IPU ndetse nâinama yâurubyiruko rwo ku mugabane wa Afurika izwi nka Youth Connekt Africa yabaye ku nshuro […]
Nyaruguru: Umukobwa utinjiza amafaranga agorwa no kubona umugabo

Imyumvire y’abakobwa n’abagore bo mu murenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru yarahindutse. Ubu bakuye amaboko mu mifuka bashaka imirimo yinjiza amafaranga igateza imbere ingo zabo. Umukobwa waho udakora ubushabitsi bwinjiza amafaranga afatwa nk’uwasigaye inyuma bikamugora kubona umugabo. Ni ubuhamya bwatangiwe mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro, wabereye mu murenge wa […]
Kigali: Urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwâuwaregaga KINA MUSIC na Nel Ngabo

Urukiko Rukuru rwâUbucuruzi rwatesheje agaciro ubujurire bwâumunyabugeni Kwizera Elysee waregaga inzu yâumuziki ya KINA MUSIC Ltd iyoborwa na Ishimwe Clement nâumuhanzi ireberera inyungu, Rwangabo Byusa Nelson uzwi nka Nel Ngabo. Ni umwanzuro wasomwe nâumucamanza mu rukiko rukuru rwâubucuruzi, Noheli Emmanuel tariki ya 23 Nzeri 2022 wari kumwe nâumwanditsi wâurukiko, Nyinawankusi Francine. Uru rukiko kandi rwategetse […]
Mozambique: RDF yavumbuye intwaro nyinshi zari zarahishwe nâibyihebe

Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zatahuye intwaro nyinshi nâamasasu byari byarahishwe nâabarwanyi bâumutwe wâiterabwoba ukorerayo witwa Ansar Al sunna. Ibiro bya RDF byatangaje ko izi ntwaro zirenga 100 zirimo imbunda ntoya, amasasu mato na za roketi. Ngo bi byihebe byazihishe mu mwaka ushize ubwo byirukankanwaga mu […]
Kenya: Ruto yasobanuye impamvu yasenye ishami ryihariye rya polisi ashinja ubwicanyi
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasobanuye impamvu yashenye ishami ryihariye ryâubuyobozi bushinzwe ubugenzacyaha (DCI) muri polisi yâigihugu . Kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Ukwakira, Ruto yabivugiye mu birori byo gushimira Imana mu Ntara ya Kericho, aho yasobanuye ko uyu mutwe wahinduwe umutwe witwaje intwaro wakoreshwaga mu kwica Abanyakenya. Yavuze ko iri tsinda ryagize uruhare […]
Museveni yaciriye umuhungu we umurongo ntarengwa
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko yaciriye umuhungu we General Muhoozi Kainerugaba umurongo ntarengwa ku ikoreshwa ryâurubuga rwa Twitter. Ni nyuma yâubutumwa Kainerugaba wabaye Umugaba wâingabo zirwanira ku butaka aherutse gutangariza kuri uru rubuga avuga ko we nâingabo ze bafata umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi, muu gihe kitageze ku byumweru bibiri. Ubu butumwa […]
Ituri: Koloneli Kayumba na Mukalenga ba FARDC bakatiwe igihano cyâurupfu
Abakoloneli babiri mu Gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo “FARDC”, ari bo; Mukalenga Shendeko na Kayumba Sumaili, bakatiwe igihano cyâurupfu hanyuma birukanwa mu gisirikare hamwe n’abandi basirikare 3, umwe muri bo akaba ari guhunga nyuma yokubahamya kugira uruhare mu iyicwa ryâAbashinwa babiri . Ku wa Gatanu, itariki ya 14 Ukwakira 2022, Urukiko rwa Gisirikare […]
Nyamasheke: Umwarimu wakekwagaho kurarana umunyeshuri wâumukobwa icyumweru cyose yagizwe umwere
Dushimimana Jean Paul wâimyaka 34, wigishaga mu rwunge rwâamashuri rwa Gihinga mu murenge wa Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke, wari ukurikiranyweho kurarana icyumweru cyose umunyeshuri we wâumukobwa wâimyaka 16, yagizwe umwere n’urukiko rwâibanze rwa Kamembe nyuma yâaho ibizamini bya muganga bigaragaje ko batigeze bakorana imibonano mpuzabitsina. Ku wa 11 Kanama 2022 ni bwo hasakaye inkuru […]
Abantu 11 barimo abasirikare 3 ba Burkina Faso biciwe mu gitero cyâinyeshyamba
Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) aravuga ko â Ku wa Gatandatu, nibura abasirikare batatu nâabafasha bâingabo bâabasivili umunani bishwe mu gitero cyagabwe nâabakekwaho kuba abajihadiste mu majyaruguru ya Burkina Faso nkâuko tubikesha VOAAfrique . “Igico cyakozwe na GAT (imitwe y’iterabwoba yitwaje intwaro) cyibasiye irondo rivanze ry’abasirikare nâabakorerabushake bâabasivili”, mu […]
Nyaruguru: Les enfants dépourvus du sens de la vue, motivés

Le handicap ne signifie pas l’incapacitĂ©. Les enfants aveugles ou malvoyants, s’ils sont suivis et bien Ă©duquĂ©s dĂšs leur jeune Ăąge, Ils deviennent compĂ©titifs sur le marchĂ© du travail et participent ainsi au dĂ©veloppement du pays en gĂ©nĂ©ral et de leurs familles respectives en particulier. C’est ce message motivant que l’ambassadeur de la RĂ©publique de […]
ACP Murangira wari uyoboye ibikorwa bya polisi muri UNMISS yasezeweho nyuma yo gusoza ubutumwa
Assistant Commissioner of Police (ACP) John Baptist Claude Murangira yasezeweho ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Ukwakira, nyuma yo gusoza inshingano zo kuyobora ibikorwa bya Polisi mu butumwa bwâumuryango wâAbibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani yâepfo (UNMISS) mu gihe cyâimyaka ibiri . Ni umuhango wabereye ku cyicaro gikuru cya UNMISS […]
Hagati yâu Burundi nâu Rwanda hasigaye ikibazo gito, na cyo tuzagikemura: Perezida Ndayishimiye

Perezida wâu Burundi akaba nâUmuyobozi Mukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko hagati yâigihugu cye nâu Rwanda hasigaye ikibazo gito kitarakemuka, kandi ko yizeye ko na cyo kizakemuka. Perezida Ndayishimiye yabivugiye mu kiganiro aherutse kugirana nâumunyamakuru wa televiziyo NTV yo muri Uganda muri iki cyumweru ubwo yari mu ruzinduko muri iki gihugu. […]
Xi Jinping yatangaje kurushaho kubaka igisirikare cyâu Bushinwa mu gihe atumbereye manda ya gatatu
Ishyaka rya gikomunisiti ryâu Bushinwa ryatangije Kongere yaryo iba kabiri mu myaka icumi, aho Perezida Xi Jinping yasabye iterambere ryihuta mu gisirikare, arengera inzira ya âzero-COVIDâ ya Beijing, kandi yongera gushimangira gukoresha ingufu, ni biba ngombwa, mu kwisubiza Taiwan. Iyi nama izamara icyumweru, yatangiye kuri iki Cyumweru, itariki 16 Ukwakira 2022, nicyo gikorwa gikomeye cya […]
Bobi Wine aremeza ko Museveni ameze nka Putin

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu (Bobi Wine) utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Uganda, aremeza imitegekere ya Perezida Yoweri Museveni imeze nkâiya mugenzi we uyobora u Burusiya, Vladimir Putin. Ni ibyo yatangarije mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa radiyo mpuzamahanga yâAbafaransa (RFI) cyari cyerekeye ahanini ku ruzinduko aherutse kugirira mu bice bitandukanye bya Ukraine byagabweho ibitero nâingabo zâu Burusiya. […]
Umuyobozi wa Africa CDC yahuriye nâuruva gusenya ku Kibuga cyâIndege cya Frankfurt
Umuyobozi w’agateganyo w’ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya indwara (CDC), Ahmed Ogwell Ouma, ku wa gatandatu, tariki ya 15 Ukwakira, yavuze ko byabaye ngombwa ko asubira iwabo nyuma yo gufatwa nabi n’abayobozi b’ikibuga cy’indege cyâi Frankfurt mu Budage . Umuyobozi wa Africa CDC yagombaga kwitabira inama ya World Health Summit iteganijwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 […]
M23 yerekanye ko Leta ya RDC yateye utwatsi ubusabe bwâamahanga
Umutwe witwaje intwaro wa M23 werekanye ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwateye utwatsi ubusabe bwâamahanga bwo kujya mu biganiro byâamahoro. Bigaragara mu itangazo ryo ku wa 14 Ukwakira 2022 ryashyizweho umukono nâUmuvugizi wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, rivuga ku magambo aherutse gutangazwa nâintumwa ya Perezida wa RDC, Prof. […]
Abantu bitwaje intwaro bishe abantu 11 biteguraga guhabwa imyitozo ya gisirikare mu Burusiya
Minisiteri yâingabo yavuze ko abantu bitwaje imbunda barashe abantu 11 ku kibuga cyâimyitozo ya gisirikare cyâu Burusiya ku wa Gatandatu , mu gitero giheruka cyibasiye ingabo za Perezida Vladimir Putin kuva yatera Ukraine . Ibiro Ntaramakuru RIA byavuze ko minisiteri ivuga ko abandi bantu 15 bakomerekeye mu iraswa, mu karere k’u Burusiya gaherereye mu majyepfo […]