Perezida Paul Kagame yavuze kuri Bamporiki Edouard wamutakambiye asaba imbabazi, avuga ko uyu mugabo asanzwe ahora mu bibi bikaba ngombwa ko asaba imbabazi, agaragaza ko hari n’abandi bameze nka we.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco yemeye ko yakoze icyaha cyo kwakira indonke, atakambira abarimo umukuru w’Igihugu asaba imbabazi.
Abinyujije kuri Twitter ye yagize ati: "Nyakubahwa Umukuru (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Guhanwa na byo birafasha_Perezida Kagame asubiza Bamporiki wamutakambiye amusaba imbabazi
6 May 2022, by BABOU Benjamin -
Gushinjanya ubushotoranyi no gukangana bikomeje gufata intera hagati ya Amerika na Iran
25 April 2020, by Denis NsengiyumvaUmwuka mubi ukomeje gututumba mu Kigobe cya Perise na Hormuz hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho ibihugu byombi muri iki cyumweru byakomeje guterana amagambo, bishinjanya ubushotoranyi, ari nako bihana gasopo bigaragaza ko byiteguye gukora icyo ari cyo cyose n’iyo cyaba intambara mu kurinda inyungu zabyo muri aka Karere. Guhangana hagati y’ibi bihugu, bishobora no kuvamo intambara yeruye, byarushijeho gufata intera nyuma y’iyicwa ry’umusirikare mukuru wa Iran, Gen. Qassim (…)
-
Rabat : Sa Majesté Le Roi Mohammed VI du Maroc reçoit le Président du Gouvernement espagnol, Monsieur Pedro Sanchez
8 April 2022, by Mecky Merchiore KayirangaSa Majesté Le Roi Mohammed VI du Maroc, a reçu, le jeudi 07 avril 2022, au Palais Royal de Rabat, Monsieur Pedro Sanchez, Président du Gouvernement Espagnol, qui effectue, à l’invitation du Souverain, une visite au Maroc.
Cette rencontre s’inscrit dans le cadre d’une nouvelle étape de partenariat entre les Royaumes du Maroc et d’Espagne et dans le prolongement de l’entretien téléphonique intervenu, le 31 mars courant, entre le Souverain et le Chef du Gouvernement Espagnol.
Lors de leur (…) -
Perezida Kagame agiye kwandika igitabo kizagaruka ku rugamba rwo kwibohora
5 July 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimPerezida Kagame yavuze ko agiye kwandika igitabo cyangwa akabinyuza mu bundi buryo, mu kubika amateka yaranze urugamba rw’imyaka 4 rwo kubohoza igihugu.
Ibi yabitangarije ku rukuta rwe rwa Twitter, ubwo u Rwanda rwizihizaga isabukuru ya 26 rwibohoye ikaba ari insinzi yabonetse nyuma y’urugamba rwatangiye mu mwaka w’1990 rukarangira 1994.
Perezida Kagame yavuze ko urugamba rwo kubohora igihugu rwari rukomeye ku buryo buri wese atapfa kwiyumvisha. Yagize ati: "Ingorane n’amateka byaranze (…) -
Live: Perezida Museveni ari gusatira intsinzi
15 January 2021Mu gihe Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Uganda imaze kubarura hafi 65% by’amajwi yose y’abatoye, Perezida Yoweri Kaguta Museveni akomeje gusatira intsinzi izamwemerera kuyobora Uganda muri manda ya gatandatu yikurikiranya.
21:00: Museveni akomeje gukoza imitwe y’intoki ku ntsinzi
Amajwi y’agateganyo aheruka gutangazwa na Komisiyo y’Amatora arerekana ko Museveni akiyoboye n’amajwi 62.23%, Robert Kyagulanyi akamugwa mu ntege n’amajwi 30.62%.
Umukandida w’Ishyaka FDC, Patrick Amuriat (…) -
Gen. James Kabarebe yahishuye uko yigeze kurwana n’intare kugeza ayinesheje
4 February 2023, by BABOU BenjaminUmujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yahishuye uko mu 1982 we na bagenzi be bigeze guhangana n’intare ijoro ryose kugeza bayinesheje.
Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 03 Gashyantare, ubwo yaganiraga urubyiruko rusaga 600 rwitabiriye ibiganiro bigamije kurwigisha amateka yaranze u Rwanda ndetse n’uruhare rufite mu guharanira kubaka ahazaza heza h’igihugu.
Ni urubyiruko rwibumbiye mu makoperative rurimo abamotari, Urubyiruko (…) -
FARDC yemeje ko Bunagana yafashwe na M23, abasirikare bayo benshi bakwira imishwaro
14 June 2022, by BABOU BenjaminIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, cyemeje ko kuva ejo ku wa Mbere inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ari zo ziri kugenzura Umujyi wa Bunagana nyuma yo kuwigarurira.
M23 na yo yemeje ko iri kugenzura uyu mujyi binyuze muri Major Willy Ngoma uyivugira, gusa ivuga ko igishyize imbere gahunda yo kugirana ibiganiro n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi.
Umuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa Gisirikare, Gen de Brigade (…) -
Hali ya wasiwasi yaendelea kutanda Sudani Kusini
6 November 2019, by Fred RugiraMazungumzo kati ya pande zinazohasimiana nchini Sudan Kusini yameahirishwa kwa siku mbili, wakati huu kukiwa na wasiwasi kuhusu uwezekano wa kuundwa kwa Serikali ya umoja ifikapo Novemba 12.
Mazungumzo kati ya rais Salva Kiir na mwenzake Riek Machar yalikuwa yafanyike Jumanne wiki hii lakini yakaahirishwa bila ya uwepo wa sababu za msingi.
Taarifa kutoka taasisi zinazosimamia mchakato wa amani nchini humo, zinasema kuwa viongozi hao wawili hawajaonesha nia ya kuwa tayari kufanya kazi (…) -
Ndifuza ko USA yagira abayobozi baca bugufi nk’ab’u Rwanda_ Frank Luntz nyuma yo kuganira na P. Kagame
5 September 2022, by BABOU BenjaminUmunyamerika Dr Frank Luntz yifurije igihugu cye kugira abayobozi bifitemo uguca bugufi nk’ab’u Rwanda, nyuma yo kunyurwa n’ikiganiro yagiranye na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Frank Luntz asanzwe ari umwanditsi w’umuhanga ndetse akaba Umunyepolitiki washinze Ikigo cya Luntz Global abereye umuyobozi.
Uyu mugabo wavukiye mu gace ka m yize amashuri yisumbuye muri Hall High School, kaminuza ayiga muri Pennsylvania ibijyanye n’Amateka na Politiki mu gihe afite impamyabumenyi (…) -
Menya abasirikare ba RDF bafite ipeti rya Lieutenant General (Amafoto)
5 June 2021, by BABOU BenjaminKu wa Gatanu tariki ya 04 Kamena 2021, Perezida wa Repubulika akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Mubarakh Muganga wari Maj Gen amugira Lt Gen.
Gen Muganga uretse kuba yarazamuwe mu ntera, yanahinduriwe imirimo avanwa ku nshingano zo kuba Umuyobozi w’Ingabo mu mujyi wa Kigali no mu ntara y’Iburasirazuba, agirwa Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka.
Ipeti rya Lieutenant General (Lt Gen) Muganga usanzwe ari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC yahawe, riza ku (…)