Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hasuzumwe abantu 130 Coronavirus hakaba nta bwandu bushya bwigeze bugaragara bigatuma umubare w’abanduye uguma kuri 17.
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko muri rusange abantu banduye Coronavirus uko ari 17 bahuye n’abasaga 600 muribo abamaze gusuzumwa bakaba ari 467 barimo n’abasuzumwe kuri uyu wa Gatandatu 130 bangana na 60% byabo.
Minisitiri w’Ubuzima yavuze ko abanduye iki cyorezo kimwe n’abasuzumwe hafi ya bose ari (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Abarwayi 17 ba Coronavirus bahuye n’abasaga 600: Min. Dr. Ngamije
22 March 2020, by Sikubwabo Mark Ibrahim -
Fayulu, Mukwege na Matata Ponyo barifuza ko RDC yaca burundu umubano n’u Rwanda
26 December 2022, by BABOU BenjaminAbanyapolitiki Martin Fayulu na Matata Ponyo cyo kimwe na muganga Dr Denis Mukwege, bahaye Leta ya Congo Kinshasa icyifuzo cyo guca burundu umubano n’u Rwanda; nk’imwe mu nzira yo gukemura uruhuri rw’ibibazo byugarije RDC.
Ni ibikubiye mu tangazo rihuriweho aba bagabo uko ari batatu basohoye kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Ukuboza 2022.
Muri iyi nyandiko, Fayulu watsinzwe na Tshisekedi mu matora yo muri 2018, Dr. Mukwege na Matata Ponyo wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa RDC; bagarutse ku (…) -
Avuga ko yasize ababyeyi muri Zambia ubwo yamenyaga ko bagize uruhare muri jenoside
22 December 2021, by TUYIZERE JDHabumugisha Muragijimana Innocent wakuriye muri Zambia mu gihe yari impunzi, yavuze ko yasize ababyeyi be mu buhungiro muri iki gihugu ubwo yamenyaga ko ari abanyabyaha bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Yabitanzeho ubuhamya ku wa 17 Ukuboza 2021 ubwo umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wizihizaga isabukuru y’imyaka 73 ishize Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko jenoside ari icyaha gihanwa n’amategeko. (…) -
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%_Dr Frank Habineza
31 October 2020, by BABOU BenjaminDr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party, avuga ko bishimira uburyo ibyo bagiye bavuganiraho abaturage birimo gukorwa, muri ibyo hakaba harimo ko umushahara w’abasirikare wazamuweho 75%, uw’abarimu ukaba umaze kuzamurwaho 20% n’uw’abapolisi nawo ukaba urimo kuzamurwa.
Ibi Dr Frank Habineza yabisobanuye ubwo bari mu nama ya biro Politiki y’iri shyaka, yigaga ku (…) -
Le président Kagame lance un avertissement sévère à ceux qui cherchaient à déstabiliser le Rwanda
15 November 2019, by Denis NsengiyumvaLe président Paul Kagame a lancé un avertissement sévère à ceux qui cherchaient à déstabiliser le Rwanda, affirmant qu’il était prêt à relever le défi pour protéger les Rwandais.
M. Kagame a pris la parole lors d’une cérémonie pour assermenter les nouveaux membres du cabinet et de hauts responsables militaires dans les bâtiments parlementaires à Kimihurura, jeudi.
Kagame a déclaré que les Rwandais étaient arrivés à un moment où ils pouvaient tenir la sécurité pour acquise, ajoutant que (…) -
Ubwo FDLR yatangiye kubura umutwe, umuti wayo turawufite_Gen Alex Kagame
31 August 2021, by BABOU BenjaminUmuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu ntara y’Uburengerazuba, Maj Gen Alex Kagame, yagaragaje ko Umunyarwanda afite agaciro n’umutekano uhagije, ku buryo anapfusha inkoko igihugu cyose kikabimenya.
Gen Kagame yabigarutseho ku wa Mbere tariki ya 30 Kanama, mu gikorwa cyo gushyikiriza umuturage witwa Twagirayezu Jean de Dieu wo mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu inka eshanu aheruka gushumbushwa n’Umukuru w’Igihugu.
Ni nyuma y’Igitero cy’abagizi ba nabi bikekwa ko ari FDLR cyagabwe muri (…) -
Umunyamerika Michael Bechky yaheshejwe ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda
31 January 2023, by BABOU BenjaminUrukiko rw’Ibanze rwa Muhoza ku wa Mbere tariki ya 30 Mutarama, rwategetse ko Umunyamerika Michael Bechky asubizwa ubutaka yari yarariganyijwe n’Umunyarwanda Iradukunda Gilbert akabwandikwaho nka nyirabwo.
Imiterere y’ikibazo
Ku itariki ya 04 Mutarama ni bwo uru rukiko rwaburanishije mu mizi urubanza Michael Allen Bechky yaregagamo Iradukunda kumutwarira ubutaka buherereye mu mudugudu wa Butorwa, akagari ka Nyonirima ho mu murenge wa Kinigi w’akarere ka Musanze.
Mu iburanisha Me (…) -
M23 yamaganiye kure raporo ya Loni ishinja RDF kuyiha ubufasha
6 August 2022, by BABOU BenjaminUmutwe wa M23 wamaganye imyanzuro ikubiye muri raporo y’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ishinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) kuba zaragiye kurwana muri Congo Kinshasa.
Imyanzuro y’iyi raporo itarashyirwa ahagaragara yagaragaye ku itariki ya 04 Kanama.
Iyi raporo ivuga ko "hari ibimenyetso bikomeye" byemeza ko Ingabo z’u Rwanda zagiye muri RDC kurwana ku ruhande rwa M23, zikayiha intwaro, imyambaro n’ubundi bufasha.
Ishinja RDF kandi gufatanya na M23 mu gitero uyu mutwe wagabye ku kigo cya (…) -
Ubumwe bw’Abanyarwanda mbere y’umwaduko w’amadini
20 April 2020, by Mvukiyehe Hesron RuberaMu nyandiko za Bibiliya mu gitabo cy’Intangiriro umutwe wa 11 umurongo wa mbere kugeza ku murongo wa munani, havuga iby’igitekerezo cy’umunara w’ibaberi bavuga ko hari abantu bari batuye hamwe bavuga ururimi rumwe basangiye intego n’icyerekezo cyabo, nyuma ngo baje kugira igitekerezo cyo kubaka umunara muremure ugera ku bicu kugira ngo babashe kumenyekana ku Isi yose ndetse no gutuma baba ishyanga riri hamwe ridatatanye, hanyuma ngo Imana irabitegereza isanga uwo mugambi bazawugeraho koko (…)
-
Centrafrique: Umujyi wa Bangui mu gihirahiro nyuma y’igitero cyahitanye umusirikare w’u Rwanda
14 January 2021, by BABOU BenjaminUbuzima burasa n’ubwahagaze i Bangui mu murwa mukuru wa Repubulika ya Centrafrique, nyuma y’igitero inyeshyamba za CPC zagabye mu ntanzi zawo kikagwamo umusirikare w’u Rwanda.
Jeune Afrique iravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ibikorwa byakomeje i Bangui, gusa icyoba ari cyose mu bahakorera. Iki gitangazamakuru gikomeza kivuga ko ingendo mu muhanda zari nke, mu gihe inzego za Leta zari zigifunze imiryango.
Ku mihanda ya Bangui, abashinzwe umutekano bagizwe n’abarinda umukuru (…)