Abaminisitiri basaga 60 b’ububanyi n’amahanga muri EU na AU mu nama i Kigali
Abantu bagera kuri 500 barimo abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga barenga 60 bo mu Muryango w’Ububanyi n’u Burayi (E.U) n’abo mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ukwakira barateranira i Kigali mu nama ya 2 y’iminsi ibiri y’abaminisitiri ihuza iyi miryango. Ni inama ya mbere ibaye kuva muri Mutarama 2019. Biteganijwe […]
FARDC yafashe umugore w’umuyobozi wungirije wa ADF ushinzwe ubutasi

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Ukwakira, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) zatangaje ko ifatwa rya Namoli Nangida, umwe mu bagore ba Amigo, wungirije umuyobozi wa ADF. Amigo ashinzwe ubutasi n’ibikorwa. Uyu mugore we yafatiwe mu mujyi wa Kasindi, ku mupaka na Uganda nk’uko bitangazwa n’urubuga politico.cd dukesha iyi nkuru. Yafashwe ari […]
Igisirikare cya Ethiopia gikomeje ibitero by’indege muri Tigray
Igisirikare cya Ethiopia cyagabye ikindi gitero cy’indege mu majyaruguru ya Tigray, nk’uko byatangajwe mu itangazo rya guverinoma nyuma gato yo kuvuga ko yagabye ikindi mu burengerazuba bwa Tigray. Ibitero byo kuri iki Cyumweru bibaye icya karindwi n’icya munani mu by’indege z’intambara za Ethiopia mu cyumweru. Umuvugizi wa guverinoma, Selamawit Kassa, yagize ati: “Uyu munsi uburengerazuba […]
Hari impungenge ko virusi y’imbasa iheruka mu Rwanda mu 1993 ishobora kugaruka
Virus itera imbasa iheruka mu Rwanda mu 1993 hari impungenge z’uko ishobora kugaruka mu gihugu iturutse mu bihugu by’abaturanyi nka Uganda aho iherutse gutahurwa. Ubushakashatsi bwakozwe muri Uganda muri Kamena bwagaragaje ko hatahuwe virusi itera imbasa mu myanda y’abantu (amazirantoki) yasuzumwe cyane ko iyo virusi ikurira mu mara y’umuntu ku buryo uyifite ayituma n’undi wese […]
Perezida Ndayishimiye yitabaje Perezida Suluhu mu kurwanya RED-Tabara
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye uri mu ruzinduko mu gihugu cya Tanzania kuva kuwa Gatanu, yasabye Perezida Samia Suluhu kumutera inkunga yo kurwanya umutwe yita uw’iterabwoba uyobowe na Alexis Sinduhije uri mu buhungiro hanze y’igihugu. Perezida Samia Suluhu yakiriye mugenzi we w’u Burundi kuwa gatanu mu murwa mukuru wa politiki Dodoma, bagirana ibiganiro mu muhezo, […]
Perezida wa Turkiya yategetse iyirukanwa rya ba ambasaderi b’ibihugu 10
Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan yateye intambwe ya mbere yo kwirukana mu gihugu cye ba ambasaderi b’ibihugu 10 byo mu burengerazuba bw’Isi birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Budage, Canada, Denmark, Finland, u Bufaransa, u Buholandi, New Zealand, Norvege na Sweden bazira gusaba ifungurwa ry’umunyemari Osman Kavala unayobora sosiyete sivile yo muri iki […]
Cibitoke: Indi mirambo yabonetse yujuje imirambo 16 imaze kugaragara mu minsi 10
Imirambo ibiri (abagabo) yabonetse muri iki gitondo mu mirenge ya Munyika 1 na Mparambo 2 muri komini ya Rugombo mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi). Abaturage bakeka ko urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD, riri ku butegetsi ruzwi nk’Imbonerakure, ari rwo rwagize uruhare muri ubwo bwicanyi bubiri. Ubuyobozi bwa komine buvuga ko bwatangiye iperereza. Umugabo […]
Uganda: Impirimbanyi zirwanya umushinga wa peteroli wa Total zikomeje gufungwa
Abarwanya iyangizwa ry’ibidukikije kuri uyu wa Gatandatu bamaganye itabwa muri yombi ry’impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu esheshatu zo muri Uganda bavuga ko iki ari igikorwa cyo gucecekesha abanenga umushinga w’ingufu utavugwaho rumwe w’igihangange mu bucukuzi bwa peteroli cyo mu Bufaransa, Total. Ni nyuma y’aho kuwa gatanu ushize, izi mpirimbanyi zo mu ishyirahamwe AFIEGO, itsinda rikomeye mu […]
Ingabire Victoire dit avoir été interrogée pendant huit heures
Selon Ingabire Victoire, la fondatrice et prĂ©sidente du parti non encore enregistrĂ©e, DALFA Umurunzi, ella a Ă©tĂ© interrogĂ©e hier par le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) de 9h Ă 17h. Selon son tweet, elle est rentrĂ©e chez elle en paix. “Aujourd’hui 21/10/2021, j’ai Ă©tĂ© interviewĂ© par RIB de 9h Ă 17h. Je suis rentrĂ© sain et […]
Guinea: Batatu bahoze muri guverinoma ya Alpha Conde bashyizwe mu y’agateganyo
Abayobozi bashya bahiritse ubutegetsi muri Guinea bagize abantu barimo uwahoze ari umujenerali n’abandi batatu bahoze muri Guverinoma ya Alpha Conde muri guverinoma nshya. Igisirikare cyagerageje kenshi guhumuriza abashoramari, abaterankunga ndetse n’ibihugu byo mu karere, kivuga ko guhirika Conde cyari igikorwa kimwe cyo gukuraho icyo bita ruswa, kandi ko kidafite gahunda yo kuguma ku butegetsi. Aboubacar […]
Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo Jacob Zuma yagiye kurega umushinjacyaha

Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo yagaragaye bwa mbere mu ruhame kuri uyu wa Kane kuva yafungurwa by’agateganyo muri Nzeri, agiye kurega umushinjacyaha mukuru. Zuma yagaragaye ku biro bya polisi biri mu Mujyi wa Pietermaritzburg, mu burasirazuba bw’igihugu agiye kurega umushinjacyaha Billy Downer ashinja kuba yarashyize ku karubanda dosiye ye yo kwa muganga. […]
Haiti: Abashimuse Abamisiyoneri b’Abanyamerika bavuga ko bashobora kubica
Umuyobozi w’agatsiko gaherutse gushimuta abamisiyoneri b’Abanyamerika ndetse n’Abanyakanada mu cyumweru gishize mu gihugu cya Haiti aravuga ko bashobora kwicwa nyuma y’uko amafaranga basabye ngo barekurwe bakomeje kuyimwa. Amashusho ya video yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane ku mbuga nkoranyambaga, yerekanye Wilson Joseph akikijwe n’abantu bitwaje imbunda imbere y’amasanduku arimo imirambo ya bagenzi babo batanu avuga […]
Ubucucike mu magereza: Abafungiwe muri gereza biyongereyeho 30,6% mu myaka ine

Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) iravuga ko umubare w’abantu bafunzwe ukomeje kugenda wiyongera igasanga igasaba ko tegeko ryo guhanisha gukora imirimo ifitiye inyungu igihugu ryakwihutishwa mu gushyirwa mu bikorwa mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukomeje kugaragara mu magereza. Ibi byatangajwe muri raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2020-2021 na gahunda y’ibikorwa by’umwaka wa 2021-2022 iyi komisiyo […]
EAC yugarijwe n’iterabwoba mu gihe hagaragara intege nke mu guhangana naryo – EALA
Abagize inteko ishinga amategeko y’akarere (EALA) kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 20 Ukwakira, bagaragaje impungenge z’intege nke zigaragara mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), ukomeje kugaragaramo ibitero bikabije bifitanye isano n’iterabwoba byibasira Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara. Ibi byagarutsweho ubwo Depite Fatuma Ndangiza, Perezida wa komite y’inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Iburasirazuba […]
Zimbabwe: Nelson Chamisa utavuga rumwe n’ubutegetsi yongeye kurusimbuka
Rimwe mu mashyaka akomeye atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe riravuga ko kuri uyu wa Gatatu umuyobozi waryo, Nelson Chamisa, yongeye kurusimbuka bwa kabiri mu gihe cy’iminsi 10 ubwo imodoka yari arimo yaraswaga isasu atamenye ahantu ryaturutse. Umuyobozi Wungirije w’ishyaka MDC-Alliance, Tendai Biti, yavuze ko imodoka ya Chamisa yarasiwe mu Mujyi wa Mutare uri ku mupaka […]
Muhanga: Uwagize umugore umukobwa w’imyaka 17 yasabiwe gufungwa burundu
Umusore ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana no kubana nk’umugabo n’umugore, kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukwakira 2021 Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu mu Rukiko Rwisumbuye rwa Muhanga. Uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko, akekwaho kuba ku itariki ya 25 Ukuboza 2020, kugeza ku itariki ya 5 Mutarama 2021, ari mu Murenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi, […]
Ibitaro 10 bya mbere byiza ku mugabane wa Afurika

Niba ujya wibaza ibitaro bya mbere byiza muri Afurika bifite ubushobozi haba mu kuvura, ibikoresho n’inyubako, ikigo SCImago Institutions Rankings (SIR),cyo muri Espagne kizwiho gukora urutonde rw’Ibigo by’ubushakashatsi u Isi kuva mu 2009 kigufitiye igisubizo. Iki kigo nacyo cy’ubushakashatsi mu by’ubuvuzi kikaba muri uyu mwaka cyasohoye urutonde rw’ibitaro biteye imbere ku Isi ruzwi nka “Global […]
Musanze: Umuyobozi w’ishuri washinjwaga ivangura yakatiwe imyaka 7 y’igifungo
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy’imyaka 7 uwari umuyobozi w’ishuli ryisumbuye rya CYAPA riherereye mu Karere ka Burera, mu Murenge wa Rwerere, nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ivangura no gukurura amacakubiri. Icyaha uyu mugabo yahamijwe yagikoze ku italiki 22 Ukwakira 2020 saa mbiri z’ijoro(20h00) agikorera mu Mudugudu wa Giramahoro, Akagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza […]
Ingero z’ibibazo CIA yateje Abanyafurika mu kubambura abayobozi no gushyigikira igitugu

Uruhare rw’iburengerazuba mu gutuma ubuzima butihanganirwa ku Banyafurika rwanditse neza. Abanyamerika, cyane cyane, bazwiho kwivanga mu bibazo by’ibihugu byigenga ku nyungu zabo bwite. Ikigo gishinzwe iperereza cyabo (CIA), kizwiho kwivanga mu bibazo by’ibindi bihugu bya Afurika. Baza bitwaje ko bakuyeho abanyagitugu mu bihe bimwe na bimwe, naho mu bindi bagashaka kuvanaho igitugu koko, ariko ku […]
Umuvunyi Mukuru avuga ko mu manza 12,2% zaburanishijwe mu nkiko zirimo akarengane
Umuvunyi Madeleine Nirere yavuze ko Ibiro bye byasanze akarengane muri 12.2% by’imanza zaburanishijwe mu nkiko ariko abaturage bakaba barazimushyikirije kubera ko nta butabera bahawe asaba Urukiko rw’Ikirenga kongera kuziburanisha. Ibi ni ibyagezweho n’Ibiro by’Umuvunyi muri raporo ngarukamwaka ya 2020-2021 byagejeje kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukwakira, ku Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi. Umubare w’akarengane […]
L’Agence spatiale rwandaise a dĂ©posĂ© une demande d’acquisition de deux constellations de satellites
L’Agence spatiale rwandaise a dĂ©posĂ© une demande d’acquisition de deux constellations de satellites auprès de l’Union internationale des tĂ©lĂ©communications (UIT), Ă savoir Cinnamon-217 et Cinnamon-937, selon un communiquĂ© officiel. Le dĂ©veloppement a Ă©tĂ© communiquĂ© par l’agence le 20 octobre, indiquant que la soumission est conforme aux règlements et procĂ©dures de l’UIT. L’application dĂ©taillĂ©e appelle les […]
TPLF ivuga ko Ethiopia irimo gukoresha indege kuko irimo gutsindwa ku butaka
Guverinoma ya Ethiopia kuri uyu wa Gatatu yongeye kugaba ibitero by’indege mu Ntara ya Tigray ku nshuro ya gatatu muri iki cyumweru mu rwego rwo guca intege inyeshyamba z’umutwe wa TPLF imaze hafi umwaka ihanganye nazo. Televiziyo yo muri Tigray igenzurwa na TPLF yavuze ko igitero cyo kuri uyu wa gatatu kibasiye Mekelle, umurwa mukuru […]
Gicumbi: Urukiko rwashyikirijwe ushinjwa kwaka indonke mbere yo gutanga akazi
Umugabo ubarizwa mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Shyorongi, Akagari ka Rutonde , Umudugudu wa Nyabyondo ushinjwa kwaka indonke abaturage abizeza kubahesha kazi kuri uyu wa Mbere ushize yagejejwe imbere y’urukiko asabirwa gufungwa by’agateganyo. Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi bwagejeje imbere y’ Urukiko uyu mugabo bumushinja kwaka abaturage indonke abizeza kubahesha akazi mu ruganda […]
Indege z’intambara z’u Burusiya zirukanye iza Amerika zari zasatiriye imbibi zabwo
Kuri uyu wa Gatatu, minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ko yohereje indege ebyiri z’intambara za Sukhoi Su-30 kugira ngo ziherekeze indege ebyiri z’Abanyamerika, zitwara za bombe zo mu bwoko bwa B-1B, zizivane hafi y’imbibi z’u Burusiya. Izi ndege zikaba zaherekejwe hejuru y’inyanja y’Umukara,ibintu byahuriranye n’uruzinduko rwa minisitiri w’ingabo wa Amerika muri kariya karere. Izi ndege […]
Burundi: Imirambo imaze iminsi igaragara mu Cibitoke yahagurukije perezidansi
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hari imirambo isaga 10 imaze iminsi irohorwa mu ruzi rwa Rusizi, muri Komini za Buganda na Rugombo, mu Ntara ya Cibitoke, ariko imirambo ibiri yonyine ari yo yatangajwe. Hagati y’itariki ya 14 na 17 Ukwakira gusa, bivugwa ko byibuze imirambo 14 yagaragaye muri komini twavuze haruguru, ariko […]
Sarkozy yahamagajwe nk’umutangabuhamya mu rubanza rw’abahoze bamwegereye
Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamagariye uwahoze ari perezida Nicolas Sarkozy kuba umutangabuhamya mu rubanza rurimo batanu mu bahoze ari abafasha be, bashinjwa kuba barakoresheje nabi amafaranga ya rubanda ndetse n’ubugizi bwa nabi. Sarkozy ntabwo akurikiranyweho ibyaha, kubera ubudahangarwa bwa perezida, ariko agomba kwitaba urukiko ku ya 2 Ugushyingo. Kuri uyu wa Mbere, abantu batanu bahoze […]
Huye: Umugore w’imyaka 38 arashinjwa gutwikisha abana be ibuye rishyushye
Umugore w’imyaka 38 ukekwaho kotsa abana be babiri b’abahungu bari mu kigero cy’imyaka 12 n’icumi akoresheje ibuye rishyushye ryari kuri rondereza abaziza ko bamwibye amafaranga 5000 akurikiranwe n’Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye. Mu ijoro ryo ku wa 12 Nzeri 2021 nibwo uyu mugore yakoze icyaha akurikiranweho mu Mudugudu wa Rugarama A, Akagari ka […]
Le Burundi remet au Rwanda 11 combattants du FLN capturés sur son territoire
Le Burundi a remis mardi 19 octobre au Rwanda onze combattants rwandais de la Force Nationale de LibĂ©ration (FLN) capturĂ©s sur son territoire Le groupe a Ă©tĂ© fondĂ© par le condamnĂ© terroriste Paul Rusesabagina et Wilson Irategeka. La remise a eu lieu au poste frontière de Nemba dans le district de Bugesera situĂ© dans la […]
Bobi wine yibasiwe n’Abanyakenya azira umunyapolitiki ushinjwa kugerageza kwica umuntu
Abanyakenya ku mbuga nkoranyambaga bibasiye umunyapolitiki Bobi Wine ukuriye ishyaka NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda wagaragaye ashyigikira umunyapolitiki wo muri Kenya ushinjwa kugerageza kwica umuntu. Muri video yanyujije kuri twitter, Robert Kyagulanyi wamenyekanye nka Bobi Wine mu muziki mbere yo kujya muri politiki, agaragara ashishikariza Abaturage bo muri Embakasi muri Kenya, kongera gutora Babu […]
Nyuma y’u Burundi ibihugu 2 nibyo bisigaye bitaremera gukoresha urukingo rwa Covid-19
Nyuma y’aho igihugu cy’u Burundi cyari kimwe mu bihugu bitatu bisigaye bitaremera gukoresha urukingo covid-19 gitangiye kuruhera abaturage bacyo, ubu bihugu bisigaye ku Isi bitaremera kurukoresha ni bibiri byonyine ku Isi. Kuri uyu wa Mbere nibwo u Burundi bwatangije igikorwa cyo gukingira abaturage babwo nyuma y’aho kuwa Kane ushize bwakiriye inkingo 500,000 zakozwe n’uruganda rwa […]
Uko PDR-Ihumure na CNRD byabyaye MRCD n’ivuka rya FLN mu bisobanuro bya Rusesabagina

Ihuriro MRCD ryashinzwe mu Ugushyingo 2016 ku bufatanye bw’amashyaka PDR-Ihumure yari akuriye, ndetse n’ishyaka CNRD-Ubwiyunge rya Gen. Wilson Irategeka wahoze muri FDLR, mbere yo kwiyunga na RRM ya Callixte Sankara bagashinga umutwe w’ingabo wa FLN nk’uko byasobanuwe na Paul Rusesabagina uherutse gukatirwa imyaka 25 y’igifungo n’ubutabera bw’u Rwanda. Ibi bisobanurwa mu kiganiro n’itangazamakuru cyo kuri […]
Igipolisi cya Portugal cyafashe toni 5,2 za Cocaine ifite agaciro ka miliyari zisaga 200
Portugal ivuga ko yafashe toni 5.2 z’ikiyobyabwenge cya Cocaine mu bwato bwari buriho ibendera rya Espanye mu nyanja ya Atalantika. Polisi yakuye amabalo 183 ya cocaine mu bwato, afite agaciro ku muhanda kangana na miliyoni 200 z’Amayero, asaga miliyari 200 z’Amanyarwanda. Abategetsi ba Portugal ibiyobyabwenge byafashwe ari bimwe mu byinshi byafatiwe icya rimwe mu Burayi […]
Nzaba muri politiki kugeza mpfuye – Gbagbo ushaka kongera kuba perezida nyuma ya gereza
Uwahoze ari Perezida wa CĂ´te d’Ivoire, Laurent Gbagbo, uherutse kurekurwa n’Urukiko Mpuzamahanga rwa La Haye, yagarutse muri politiki n’ishyaka rishya abereye umuyobozi nyuma y’umwaka icumi atagaragara muri iki kibuga nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru n’iri shyaka ryizeye ko agomba gusubira ku mwanya wa perezida. Muri weekend ishize nibwo Laurent Gbagbo yatangaje ishyaka rishya yise Parti […]
U Burusiya bwahagaritse umubano bwari bufitanye na NATO
U Burusiya kuri uyu wa Mbere bwavuze ko buhagaritse umubano bwari bufitanye na NATO, ndetse bwahagaritse ibiro byari bibuhagarariye muri uyu muryango ndetse bugafunga ibiro byawo i Moscow kubera umubao w’impande zombi ukomje kwangirika. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Sergei Lavrov, yatangaje iki cyemezo nyuma y’uko NATO yirukanye abantu benshi bari bagize ubutumwa bw’u Burusiya muri uyu […]
Le camp de réfugiés de Gihembe entièrement évacué
Le gouvernement a dĂ©clarĂ© avoir fermĂ© le camp de rĂ©fugiĂ©s de Gihembe, sujet aux glissements de terrain, suite Ă l’Ă©vacuation complète de tous les rĂ©fugiĂ©s prĂ©cĂ©demment hĂ©bergĂ©s dans le camp. Le camp, basĂ© dans le district de Gicumbi, dans la province du Nord, a accueilli plus de 12,000 rĂ©fugiĂ©s au cours des 24 dernières annĂ©es. […]
USA: Gen. Colin Powell wamamaye mu Ntambara yo mu Kigobe yapfuye
General Colin Powell, Umwirabura wa mbere wayoboye minisitiri y’ububanyi n’amahanga mu gihe cy’intambara yo kurwanya iterabwoba mu burasirazuba bwo Hagati, yapfuye kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Ukwakira azize icyorezo cya Covid-19. Colin Powell yari general w’inyenyeri enye wagiye mu zabukuru wabaye minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa 65 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu […]
Tigray: Igisirikare cya Ethiopia cyagabye ibitero by’indege muri Mekelle
Nyuma y’aho muri iyi weekend umutwe wa TPLF utangarije ko wafashe bugwate abasirikare benshi ba Leta, Igisirikare cya Ethiopia kuri uyu wa Mbere cyagabye ibitero bikaze by’indege mu murwa mukuru w’intara ya Tigray bivugwa ko byakomerekeje abaturage benshi. Umutwe wa TPLF wari watangaje ko wasenye ibirindiro byinshi by’Ingabo za Ethiopia ndetse ugata muri yombi abasirikare […]
Abayobozi b’ibihugu cyangwa ababayeho mu bihe bya vuba bakize kurusha abandi ku Isi

Niba ujya wibaza uburyo abakuru b’ibihugu bakize cyangwa abakize kurusha abandi twabashije kukubonera urutonde rw’ababaye abakuru b’ibihugu cyangwa bariho bagera ku 10 bakize kurusha abandi ku Isi, dukesha imibare y’ubushakashatsi bw’ibinyamakuru nka Bloomberg, Huffington Post, Forbes n’ibindi. 10. Sebastian Pinera, Perezida wa Chili – Miliyari 2.4 $ Usibye kuba ayoboye igihugu gitangaje, Sebastian Pinera, perezida […]
Polisario imaze imyaka 48 ishaka ubwigenge bwa Sahara ikomeje intambara na Maroc

Umuyobozi w’umutwe wa Polisario, Brahim Ghali, yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru ko ingabo za Sahara zikomeje “intambara ku birindiro by’ingabo za Maroc” ndetse amasasu akaba yaranumvikanye. Guhagarika amakimbirane hagati ya Maroc na Sahara y’Uburengerazuba bisa nkaho bitari ku murongo w’ibyigwa, urebye amagambo aherutse yatangajwe n’umuyobozi w’umutwe wa Polisario, Birahim Ghali. Uyu mu kiganiro n’itangazamakuru yatangiye mu […]
Abaganga 2 ba Baho Hospital bashinjwa uruhare mu rupfu rw’umurwayi bagiye kuburana
Abaganga babiri bo mu bitaro bizwi nka Baho International Hospital, Alfred Mugemanshuro uzobereye mu gutera ikinya na Gaspard Ntahonkiriye, inzobere mu by’indwara z’abagore baherutse gutabwa muri yombi bakekwaho uburangare mu rupfu rw’umurwayi bazatangira kuburanishwa mu ntangiriro z’icyumweru gitaha. Umurwayi bivugwa ko yaguye mu maboko y’aba baganga ni mugore w’imyaka 54 wapfuye mu kwezi gushize ubwo […]
Museveni ashaka kwigaragaza nka se w’akarere, ariko abayobozi b’u Rwanda ntibazapfa kubyemera – Bobi Wine
Umuyobozi w’ishyaka NUP, akaba yari n’umukandida mu matora aheruka y’umukuru w’igihugu muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, umuhanzi wahindutse umunyapolitiki, yavuze ku mpamvu kwishyira hamwe kw’ibihugu bigize EAC bitarimo gushoboka ndetse avuga no ku mubano wa Uganda n’u Rwanda. Ni mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Daily Monitor, aho yabajijwe icyo atekereza ku kwishyira hamwe […]
Rutshuru: Gen. Bigabo wa Nyatura yishyize mu maboko ya FARDC
Umwe mu bayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa CMC (Coalition des Mouvements pour le Changement) uzwi nka Mai-Mai Nyatura kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Ukwakira, yishyize mu maboko y’igisirikare cya FARDC muri Gurupoma ya Mutanda, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu kiganiro yagiranye na Actu7.cd, Perezida wa Sosiyete Sivile ya […]
Twatsinze urugamba rwinshi ariko ntituratsinda intambara – Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko mu gihe u Rwanda rwatsinze imbogamizi nyinshi kandi rugatera intambwe igaragara mu myaka yashize, igihugu kidakwiye kwirara ngo kibagirwe intego za nyuma zirimo iterambere n’umutekano. Ibi umukuru w’igihugu yabivugiye mu isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri. Unity Club Intwararumuri yashinzwe mu 1996 n’umufasha w’umukuru w’igihugu, Jeannette Kagame […]
Haiti: Abamisiyoneri 17 b’Abanyamerika bashimutiwe mu murwa mukuru
Itsinda ry’Abamisiyoneri 17 b’Abakirisitu b’Abanyamerika, barimo abana bashimutiwe mu murwa mukuru wa Haiti n’agatsiko k’abagizi ba nabi. Ikinyamakuru The New York Times kiravuga ko abashinzwe umutekano mu Mujyi wa Port-au-Prince, bavuga ko aba bamisiyoneri bashimuswe kuri uyu wa Gatandatu bakuwe muri bus. Iri tsinda ryari rivuye mu kigo cy’imfubyi rigiye ku kibuga cy’indege kuhasiga bamwe […]
Ikibazo cya ba rwiyemezamirimo batinda kwishyura abo bakoresheje kiri gushakirwa umuti
Ikibazo cyo gutinda kwishyura abakoze mu mirimo yo kubaka ibikorwa remezo benshi bakunze kwitotombera kiri gushakirwa umuti nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutunganya Amasoko ya Leta, RPPA. Umuyobozi mukuru wa RPPA, Uwingeneye Joyeuse, avuga ko iki kibazo cyahagurukiwe, ku buryo hakwiye kujya hanozwa imikoranire hagati ya leta yatanze isoko na rwiyemezamirimo waritsindiye, ngo ntihagire […]
Sudani: Habaye imyigaragambyo isaba igisirikare guhirika ubutegetsi
Bamwe mu baturage bashyigikiye uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’inzibacyuho muri Sudani kuri uyu wa Gatandatu bakoze imyigaragambyo i Khartoum mu murwa mukuru basaba igisirikare gufata ubutegetsi. Ibihumbi n’ibihumbi by’abigaragambya bateraniye hanze y’ingoro ya perezida, mu gihe ibibazo bya politiki muri iki gihugu birimo gufata indi ntera. Amatsinda y’abasirikare n’ay’abaturage b’abasivile amaze igihe asangiye ubutegetsi kuva […]
Igitero cy’ubwiyahuzi mu musigiti wa Kandahar cyahitanye byibuze abantu 37

Byibuze abantu 37 bapfuye abandi 70 barakomereka nyuma y’ibisasu bitatu byaturikiye mu musigiti w’Aba-Shia mu masengesho yo kuri uyu wa Gatanu mu mujyi wa Kandahar wo muri Afghanistan. Amashusho yaturutse imbere mu musigiti wa Bibi Fatima yerekana amadirishya yamenetse ndetse n’imirambo irambaraye hasi, mu gihe abandi basengaga bageragezaga gufasha. BBC yabwiwe ko ari igitero cya […]
Guinea Bissau: Haburijwemo umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi
Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Guinea Bissau kuri uyu wa Kane bwatangaje ko bwavumbuye abasirikare bari barimo gutegura guhirika ubutegetsi n’izindi nzego za leta muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. “Twabashije kumenya agatsiko k’abasirikare ba FARP (Forces armĂ©es rĂ©volutionnaires du peuple) karimo gushuka abasirikare kagura umutimanama wabo amafaranga kugirango bahindure itegeko nshinga ryashyizweho,” uyu […]
Bill Clinton wahoze ari Perezida wa Amerika amaze iminsi mu bitaro
Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukwakira hahishuwe ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton, w’imyaka 75 yajyanwe mu bitaro afite ubwandu (infection), ariko budafitanye isano na coronavirus nk’uko umuvugizi we yabitangaje. Abaganga bavuze ko Clinton yari arimo aramera neza muri ibi bitaro bya i Irvine, muri California. Umuvugizi w’uwahoze […]
Uko amafaranga y’umusoreshwa akomeje gusesagurwa ku mitungo n’imishinga itabyazwa umusaruro
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2019/2020 yagaragaje dosiye 96 z’umutungo ufite agaciro ka miliyari zisaga 21.7 z’amafaranga y’u Rwanda urimo gupfa ubusa mu bigo bya Leta 54 guhera mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye muri Kamena 2020. Izi zigizwe n’imanza 58 nshya zifite agaciro ka miliyari 16 z’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’ingengo […]
Goma: Ambasaderi w’u Rwanda yakiriwe na Guverineri Gen. Constant Ndima

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vincent Karega kuri uyu wa Kane, itariki ya 14 Ukwakira 2021 yageze mu Mujyi wa Goma, aho yitabiriye igikorwa cyo gutangiza ingendo z’indege za Rwandair hagati ya Kigali n’uyu mujyi akaba yakiriwe na Guverineri wa gisirikare wa Kivu y’Amajyaruguru mu biro bye. Uruzinduko rwa Ambasaderi Karega […]
Umuyobozi w’Igipolisi cy’u Rwanda yitabiriye inama ya EAPCCO i Kinshasa

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi bo mu bihugu byo mu muryango w’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni inama irimo kubera mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Mujyi wa Kinshasa. Iyi nama ihuza abayobozi ba Polisi iri mu […]
Iyo aza kuba akiriho, Mobutu Sese Seko yari kuba yujuje imyaka 91
Marshal Mobutu Sese Seko wahoze ari perezida wahoze ari Zaire, Repubulika ya Demokarasi ya Congo y’ubu, wavukiye ku itariki nk’iyi ya 14 Ukwakira 1930 i Lisala, mu Ntara ya Equateur mbere yo kugabanywamo izindi ntara, kuri uyu wa kane, yari kuba yujuje imyaka 91. Mobutu wiyitaga “Grand LĂ©opard” yapfuye ku ya 7 Nzeri 1997, afite […]
Kagame gracie l’ex-Premier ministre Habumuremyi
Le prĂ©sident Paul Kagame a graciĂ© l’ancien Premier ministre Pierre-Damien Habumuremyi, qui purgeait une peine de trois ans de prison qui lui avait Ă©tĂ© infligĂ©e l’annĂ©e dernière pour l’Ă©mission de chèques sans provision. La dĂ©cision fait partie des rĂ©solutions d’une rĂ©union du cabinet tenue mercredi 13 octobre. Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge a reconnu Habumuremyi […]
Zimwe mu mbunda zagize uruhare mu rupfu rw’abakabakaba miliyoni 100 mu Ntambara ya II y’Isi

Intambara ya II y’isi yatangiye mu 1939 ikarangira mu 1945 ni intambara yabaye mu gihe Isi yari itangiye gutera imbere mu ikoranabuhanga, iryo koranabuhanga rikaba rikaba ryari ritangiye no kugera mu ikorwa ry’intwaro aho ugereranyije n’izakoreshejwe mu ya mbere y’Isi usanga hari iterambere ryari rimaze kubamo ari na yo mpamvu umubare w’abo yahitanye wavuye kuri […]
Goma: Hafashwe abagizi ba nabi hafi 300 barimo Abanyarwanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku bufatanye n’Igipolisi mu mukwabu wo mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 13 Ukwakira 2021, mu gace ka Kyeshero, mu Mujyi wa Goma, cyataye muri yombi abagizi ba nabi basaga hafi 300 barimo Abanyarwanda batandatu bitwaje intwaro. Imibare y’abafatiwe muri uwo mukwabu […]
Norvege: Uwitwaje umuheto n’imyambi yishe abantu 5 abandi barakomereka
Abantu batanu bishwe, abandi babiri barakomeretswa nyuma yo kugabwa igitero n’umuntu witwaje umuheto n’imyambi. Iki gitero cyabereye mu Mujyi wa Kongsberg, mu majyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Oslo, ku isaha ya saa kumi n’ebyiri na cumi n’itatu ku isaha yo muri iki gihugu. Umugabo ukomoka muri Denmark w’imyaka 37 yatawe muri yombi akekwaho kuba inyuma y’iki […]
Igikomangomakazi Sumaya cyagizwe umwe mu bayobozi b’Ikigo cy’igihugu cy’ingufu za atomike
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Ukwakira 2021 yashyize mu myanya abayobozi mu bigo bitandukanye birimo ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu za atomike kigaragaramo abanyamahanga babiri barimo Igikomangomakazi cyo muri Jordan, Sumaya bint El Hassan ugize inama y’ubutegetsi ndetse n’Umunya-Burkina Faso, Dr Lassina Zerbo, Perezida w’iki kigo. Sumaya bint Hassan ni muntu ki? […]
Un haut responsable du volley-ball condamné à deux ans de prison
Jean de Dieu Bagirishya, vice-prĂ©sident de la FĂ©dĂ©ration Rwandaise de Volleyball en charge des compĂ©titions, a Ă©tĂ© reconnu coupable d’usage de faux et condamnĂ© Ă deux ans de prison. Il a Ă©tĂ© apprĂ©hendĂ© par le Bureau des enquĂŞtes du Rwanda (RIB) le mois dernier, deux jours après que l’Ă©quipe nationale fĂ©minine de volley-ball a Ă©tĂ© […]
Agnes Tirop wahagarariye Kenya mu mikino Olimpike i Tokyo yaba yishwe n’umukunzi we
Agnes Tirop, umukinnyi w’imikino ngororamubiri wo muri Kenya wari uhagarariye igihugu cye mu kwiruka metero 5000 mu bagore mu gihe cy’imikino Olempike yabereye i Tokiyo yasanzwe aho aba yapfuye. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Ukwakira, nibwo Tirop yasanzwe yapfiriye mu nzu ye i Iten, mu Ntara ya Elgeyo Marakwet. Umuyobozi w’imikino ngororamubiri muri […]