Amb. Karega yanze guhishura ubutumwa RDC yamuhaye ngo ashyikirize Guverinoma yâu Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri yahaye Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, ubutumwa agomba gushyikiriza guverinoma ye ku bijyanye nâihungabana rishya ryâumubano hagati yâibihugu byombi, ubutumwa yanze guhishurira itangazamakuru ubwo ryamubazaga ibibukubiyemo. Ni nyuma yâaho Guverinoma ya Congo ishinje u Rwanda gushyigikira umutwe wa M23 wongeye kubura imirwano […]
Izindi mpunzi zisaga 130 zivuye muri Libya zageze mu Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Gicurasi, indege yari itwaye impunzi n’abasaba ubuhunzi bavuye muri Libya, yageze ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali. Iki cyari icyiciro cya cyenda cyageze muri iki gihugu, kandi cyari kigizwe nâAbanya-Eritrea 74, Abanyetiyopiya 5, Abanyasomaliya 4, Abanyasudani yâEpfo 4 nâAbanyasudani 45. Abasaba ubuhunzi, cyane cyane urubyiruko, bakiriwe n’abayobozi ba Minisiteri […]
Ituri: Umutwe wâinyeshyamba wa FPIC wahagaritse ku mugaragaro ibikorwa byawo
Umutwe wa Front patriotique et intĂ©grationniste du Congo (FPIC), ukorera mu karere ka Irumu, wahagaritse ku mugaragaro ibikorwa byawo mu ntara yose ya Ituri nkâuko uyu mutwe wabimenyesheje Guverineri wa Ituri kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Gicurasi. Mu cyemezo cyawo cyashyikirijwe Guverineri Johnny Luboya, FPIC igira iti “Twese tuzi ko ari ngombwa gutanga amahirwe […]
U Bushinwa bwohereje indege 30 zâintambara mu kirere kigenzurwa na Taiwan
Taiwan iravuga ko yohereje indege z’intambara kugira ngo ziburire indege 30 z’intambara zoherejwe n’u Bushinwa mu kirere cyayo cy’ubwirinzi. Ibyabaye kuri uyu wa Mbere byaranze kuvogera kunini kubaye kuva muri Mutarama. Bije nyuma y’iminsi mike Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, aburiye u Bushinwa abusaba kwirinda gutera Taiwan, ubwo uyu muyobozi wa […]
Centrafrica: Inyeshyamba zishe abacanshuro 2 bâAbarusiya zikomeretsa bane mu mirwano ikaze
Abacanshuro babiri b’Abarusiya bo mu isosiyete yigenga ishinzwe umutekano ya Wagner bishwe abandi bane barakomereka mu gitero cy’inyeshyamba mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Bangui, umurwa mukuru wa Centrafrica. Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Gicurasi 2022, ku rubuga rwawo rwa Facebook, Ihuriro ryâimitwe irwanya ubutegetsi âCoalition des patriotes pour le changementâ ryerekanye ko “abacanshuro babiri […]
Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa aritaba Guverinoma ya Congo kuri uyu wa Kabiri
Nk’uko byatangajwe, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 31 Gicurasi ni bwo Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo iza kugaragaza ku mugaragaro ko itemeranya nâu Rwanda nyuma yâibimenyetso byagaragajwe na FARDC ku ruhare ngo Kigali yagize mu kongera kubyutsa umutwe M23, aho biteganyijwe ko saa cyenda Ambasaderi wâu Rwanda yitaba agatanga ibisobanuro. Ku wa […]
Gakenke: Barinubira ingurane bahabwa babonamo ubusumbane bakurikije ihabwa abaturanyi babo
Mu Murenge wa Muhondo, Akarere ka Gakenke, mu Ntara yâAmajyaruguru, hari bamwe mu baturage baganya kubera kutishimira ingurane yâubutaka babariwe kuri meterokare yâubuso bwâubutaka, bavuga ko itandukanye nâingurane iri hejuru ihabwa bagenzi babo bo mu midugudu baturanye mu gihe ubuyobozi bwemeza ko ibikorwa byose byubahiriza amategeko agenga igenagaciro. Abaturage bafite iki kibazo ni abafite ubutaka […]
Gucana umubano nâu Rwanda no kwirukana ambasaderi warwo byose birashoboka – Patrick Muyaya
Minisitiri wâitumanaho nâitangazamakuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, kuri uyu wa mbere, itariki ya 30 Gicurasi 2022, yemeje mu kiganiro nâabanyamakuru, ko guhagarika umubano nâu Rwanda no kwirukana ambasaderi warwo i Kinshasa, Vincent Karega, byose bishoboka. Nkâuko umuvugizi wa guverinoma abitangaza ngo kuri iki cyiciro, ibitekerezo byose biri ku meza. “Uyu munsi, […]
Beni: ADF iravugwaho kwica abantu 16 no gutwika imodoka nâinzu zâabaturage
Inyeshyamba za ADF zirashinjwa kuba zarishe abantu 16 zigakomeretsa abandi 7 ndetse zigatwika imodoka 5 mu gitero zagabye mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere ushize hagati ya Beni na Kasindi mu Murenge wa Rwenzori wo muri Teritwari ya Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru. Umuryango utabara imbabare, Croix Rouge, kuri uyu wa Mbere […]
Mu nkengero zâuruzi rwa Rusizi hagaragaye indi mirambo
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 29 Gicurasi 2022, ahagana mu ma saa kumi zâumugoroba, abarobyi bavumbuye indi mirambo itatu mu gace ka Gatoki nko muri metero ijana uvuye ku ruzi rwa Rusizi (hagati yâu Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo). Yagaragaye munsi yâumusozi wa Rukana muri komini ya Rugombo mu Ntara ya Cibitoke (mu […]
Ni ikihe gihugu cyo muri Afurika yâiburasirazuba kigiye kwibikaho izi mbunda kabuhariwe?

Igisirikare cyo muri Afrika yâIburasirazuba kitatangajwe cyaguze igice kinini cyâimbunda za Grot zikoresha amasasu ya 7,62 Ă 39 mm nkâuko Ikigo gicuruza intwaro muri Pologne (Polska Grupa Zbrojeniowa: PGZ) cyabitangaje mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo ku ya 19 Gicurasi. Imbunda zo mu bwoko bwa Grot zakozwe nâuruganda rw PGZ rwitwa Fabryka Broni (FB) ‘?ucznik’ Radom, […]
Nyanza: Umuyobozi wâishuri wâumupadiri nâumwarimu bakurikiranweho ingengabitekerezo
Padiri Eric Iraguha w’imyaka 40, akaba umuyobozi wa EAV Mayaga, na Jean-Baptiste Mutabazi, umwarimu w’imyaka 47 muri iri shuri ryo mu karere ka Nyanza, bakurikiranyweho nâurukiko icyaha cyo guhakana jenoside nyuma yo gutabwa muri yombi nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB). Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 30 Gicurasi, Umuvugizi wa RIB, Thierry B. Murangira, yatangarije ikinyamakuru […]
Umunyekongo Monsenepwo yarakariye Amb. Peter Pham, kubera igitekerezo cye ku byo RDF ishinja FARDC na FDLR
Umunyekongo Thierry Monsenepwo arashinja intumwa idasanzwe ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Sahel gusubiramo ijambo ku jambo itangazo ryashyizwe ahagaragara n’u Rwanda. Uyu muyobozi wâurubyiruko rwâishyaka Convention des Congolais unis rimwe mu yagize ihuriro Union sacrĂ©e, avuga ko uyu munsi guhakana icyo yita ubushotoranyi bwâu Rwanda cyangwa kurushyigikira mu ntambara bikabije cyane ku Isi […]
Le Rwanda réfute les affirmations de la République démocratique du Congo
Alain Mukuralinda, porte-parole adjoint du gouvernement, a rĂ©futĂ© les affirmations de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo selon lesquelles le Rwanda soutiendrait le groupe rebelle M23, citant que le pays est utilisĂ© comme bouc Ă©missaire dans le conflit entre le gouvernement du pays et le groupe rebelle M23. Samedi, la RD Congo a pris la dĂ©cision […]
Goma: Gen. Mbala yibukije Abakomando baturutse i Lubumbashi ko igihugu kibahanze amaso
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gikomeje kongera ingufu ku murongo wâurugamba muri Kivu yâAmajyaruguru mu kurwanya M23 nâabavugwaho ko bayishyigikiye (u Rwanda), aho Batayo ya 211 yâAbakomando ba FARDC yageze i Goma ivuye i Lubumbashi ivuga ko yiteguye kurwana. Aho iyi batayo yari iteraniye mu murwa mukuru w’intara, yasuwe nâumugaba mukuru wa FARDC, […]
U Burusiya bwakoresheje imwe mu ntwaro zabwo ziteye ubwoba muri Ukraine

Nkâuko byatangajwe n’abayobozi b’ingabo za Ukraine, abaganga, abayobozi b’u Bwongereza nâuko bigaragazwa na videwo zo ku rugamba, u Burusiya ngo bwakoresheje imwe mu ntwaro zabwo ziteye ubwoba mu mirwano ibera mu burasirazuba bwa Ukraine. Iyi ntwaro, sisitemu yâimbunda ishinze ku modoka irasa za roketi yiswe Solntsepek, cyangwa Heatwave, irasa imitwe ya thermobaric iteza iturika rihambaye […]
Kinshasa: Hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda no gusaba ambasaderi warwo gutaha

Dynamique progressiste rĂ©volutionnaire (DYPRO), urubuga rwâabatavuga rumwe nâubutegetsi, bwateguye imyigaragambyo kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Gicurasi, imbere yâibiro bya Ambasade ya Repubulika yâu Rwanda, i Kinshasa. Iyi myigaragambyo igamije cyane cyane kumenyesha umudipolomate wâu Rwanda ko “turambiwe” ibikorwa byâingabo ze ku butaka bwa Congo mu rwego rwo gushyigikira imitwe yâiterabwoba ariko tunasaba ko Bwana […]
Igisirikare cyâu Burusiya kiravuga ko cyasenye ububiko bunini bwâintwaro za Ukraine
Minisitiri yâIngabo yâ Burusiya yatangaje ko yasenye ububiko bunini bwâintwaro zâigisirikare cya Ukraine mu Mujyi wa Kryvyi Rih hagati mu gihugu nkâuko bitangazwa na Reuters. Iyi minisiteri yavuze kandi ko ubwirinzi bwâibitero yo mu kirere bwâu Burusiya bwahanuye Indege yâintambara ya Ukraine yo mu bwoko bwa Su-25 mu karere ka Dnipro nkâuko byatangajwe nâIbiro Ntaramakuru […]
Ihuriro Lamuka ryagize ibyo risaba Guverinoma ya Congo gukora mu guhangana nâu Rwanda
Mu gihe umutekano ukomeje kuba mubi cyangwa akomeje gututumba umwuka wâintambara mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano ikaze yabaye hagati ya FARDC na M23, ihuriro rya Lamuka rigizwe nâabanyapolitiki nka Martin Fayulu, ryagize ibyo risaba guverinoma ribinyjije mu kanwa k’umwe mu bavugizi baryo, Prince Epenge. Mu mvugo ityaye kandi itaziguye, Epenge, […]
Ambasaderi wâu Burusiya aremeza ko budashobora gukoresha intwaro za kirimbuzi muri Ukraine
Ambasaderi wâu Burusiya mu Bwongereza yabwiye BBC ko atizera ko igihugu cye cyazakoresha intwaro za kirimbuzi mu ntambara yo kurwanya Ukraine. Andrei Kelin yavuze ko ukurikije amategeko ya gisirikare y’u Burusiya, intwaro nk’izo zidakoreshwa mu makimbirane nk’aya. Yavuze ko u Burusiya bufite ubwizigame bukomeye bwo kuzikoresha, avuga ko zakoreshwa cyane cyane mu gihe kubaho kwâigihugu […]
Rulindo: Ntibumva impamvu ubutaka batsindiye mu rukiko bukomeza kugenzurwa na Rutongo Mine
Bamwe mu baturage bo mu Kagali ka Shengamuri mu Murenge wa Masoro ho mu Karere ka Rulindo barasaba kurenganurwa bagahabwa uburenganzira ku butaka bwabo bavuga ko bwabohojwe nâikigo gicukura amabuye yâagaciro urukiko rwategetse ko gisubiza ubwo butaka abaturage ariko kikaba kikihagenzura. Aba baturage bavuga ko bakeneye uburenganzira bwo kubyaza umusaruro ubutaka bwabo kuko kuva urukiko […]
Papa Fransisiko azagera ku mupaka wâu Rwanda, dore gahunda yâuruzinduko rwe muri RDC
Kuva ku ya 2 kugeza ku ya 5 Nyakanga, Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, azaba ari mu ruzinduko mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa no muri Kivu yâAmajyaruguru. Ku itariki ya 2 Nyakanga, saa tatu n’igice za mu gitondo, Papa azerekeza ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Roma-Fiumicino, aho azuririra indege […]
Byibuze abantu 31 bapfiriye mu mubyigano ku rusengero rwo mu majyepfo ya Nigeria
Abantu byibuze 31 biravugwa ko bapfiriye mu mubyigano wabereye mu gikorwa cyâubugiraneza cyaberaga mu rusengero rwo mu majyepfo ya Nigeria kuri uyu wa Gatandatu ushize. Ibinyamakuru byo muri iki gihugu bivuga ko iyi gahunda yo gutanga imfashanyo yari yateguwe nâurusengero mu rwego rwo gufasha abantu bakeneye ubufasha muri Port Harcourt, umurwa mukuru wa Leta ya […]
Beni: Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abaturage benshi zibatemaguye
Nkâuko igisirikare nâimiryango itegamiye kuri Leta bibitangaza, kuri uyu wa Gatandatu ushize abaturage benshi bishwe nâinyeshyamba mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umuvugizi w’ingabo za FARDC yatangarije ibiro ntaramakuru AFP ko abantu âbarenga icumiâ baguye mu gitero cyo ku wa Gatandatu, mu gihe Croix-Rouge ivuga ko abapfuye ari 24. Umuryango ukurikirana ibijyanye nâumutekano […]
Iburasirazuba: Hagiye kujya hifashishwa telephone mu kuhira umuhinzi atageze mu murima
Mu Ntara y’Iburasirazuba bishimiye umushinga wo kuhira hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga bwa telefoni zigezweho, bavuga ko uzabafasha kongera umusaruro wabo, aho umuhinzi ashobora kuhira imyaka mu mirima atiriwe ahagera. Muri uyu mushinga wo kuhira hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga, hakoreshwa amazi yacukuwe mu kuzimu, hagashyirwaho amatiyo ayajyana mu mirima y’abaturage. Nk’uko iyinkuru dukesha RBA ivuga, umuhinzi ufite telefone […]
Le Rwanda demande aux autoritĂ©s de la RDC d’obtenir la libĂ©ration de ses soldats enlevĂ©s lors d’une patrouille
Les Forces rwandaises de dĂ©fense ont demandĂ© aux autoritĂ©s de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) d’obtenir la libĂ©ration de deux soldats rwandais enlevĂ©s la semaine derniĂšre lors d’une patrouille. La demande a Ă©tĂ© dĂ©posĂ©e samedi 28 mai, quelques jours aprĂšs une montĂ©e des tensions entre l’armĂ©e de la RD Congo (FARDC) et le groupe […]
Major Mukuraine wa UPDF yasanzwe muri lodge yapfuye
Polisi ya Uganda yemeje ko byibuze abantu 26 bakekwaho icyaha cyo kwicira umusirikare mukuru muri Lodge yo mu murwa mukuru, Kampala, batawe muri yombi. Major Joseph Mukuraine w’imyaka 44, umusirikare mukuru wa UPDF akaba n’umuyobozi wa SACCO Wazalendo yâabasirikare, ishami rya Entebbe, yasanzwe yapfiriye muri Birunga Lodge, ahitwa Kiwatule, mu nkengero z’umujyi. Umuvugizi wa polisi […]
Centrafrica: Hatangiye gutekerezwa uko Perezida Touadera yazaguma ku butegetsi nyuma ya manda 2
Abafatanyabikorwa ba Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin-Archange Touadera basabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga bikamufasha gukomeza kwiyamamariza uwo mwanya, ibyatumye abatavuga rumwe nâubutegetsi bigaragambya. Abashyigikiye gahunda yo gukuraho umubare wa manda ya perezida bavuze ko byari bigamije guhuza igihugu na benshi mu baturanyi bacyo, kandi ko atari amayeri yo kugumisha Touadera w’imyaka 65 […]
Un Rwandais élu directeur exécutif de la BAD
Jonathan Nzayikorera, un Ă©conomiste rwandais, a Ă©tĂ© Ă©lu par le Conseil des gouverneurs de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) en tant que nouveau directeur exĂ©cutif de la banque, reprĂ©sentant neuf circonscriptions d’Afrique de l’Est. L’Ă©volution a Ă©tĂ© annoncĂ©e jeudi par le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Uzziel Ndagijimana. Avant sa nomination, […]
Uganda: Gen. Sejusa yamaze gusinya ibyangombwa bimwemerera kuva mu gisirikare
Uwahoze ari intasi nkuru muri Uganda, Gen. David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996, kuri uyu wa Kane yagaragaye asinya ibyangombwa bimwemerera kujya mu zabukuru muri Minisiteri y’Ingabo, ikimenyetso cy’uko azemererwa gusohoka mu gisirikare muri Nyakanga. Ibi byatangajwe kuri konte yemewe ya Twitter yâumuvugizi wa Minisiteri yâingabo, Brig. Felix Kulayigye, kuri uyu […]
Rurageretse hagati ya Samuel Etoâo nâumukobwa we yari yarirengagije
Erika Do Rosario Nieves, umukobwa wâimyaka 22 byemejwe ko ari umukobwa wa Samuel Eto’o, yaretse guceceka kuva hatangazwa ko ariho muri Gashyantare. Arasaba ko yishyurwa imyaka ibiri yâibirarane byâamafaranga yo kumutunga. Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, kuri ubu ari mu bibazo. Erika Do Rosario Nieves, yatangajwe muri Gashyantare nk’umukobwa wemewe n’amategeko […]
U Bushinwa nâu Burusiya byitambitse umugambi wa Loni wo gukaza ibihano kuri Koreya ya Ruguru
U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wo gukaza ibihano byâUmuryango w’Abibumbye kuri Koreya ya Ruguru nyuma yâigerageza ritandukanye rya misile yakoze muri uyu mwaka, akaba ari ubwa mbere ibihugu bitanu bifite veto muri Loni binyuranyije ku bihano bireba Pyongyang kuva mu 2006. Ibindi bihugu 13 bigize akanama kâumutekano ka Loni byose byari byatoye bishyigikira icyemezo […]
Umunyarwanda yagizwe umuyobozi nshingwabikorwa muri Banki Nyafurika itsura Amajyambere
Jonathan Nzayikorera, impuguke mu by’ubukungu yâUmunyarwanda yatowe n’Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) nk’umuyobozi mushya nshingwabikorwa wa banki, uhagarariye intara icyenda zo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane na Minisitiri wâimari nâigenamigambi, Uzziel Ndagijimana. Mbere yo gushyirwaho, Nzayikorera yari Umujyanama mukuru wâumuyobozi mukuru wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba muri AfDB, umwanya […]
RDC: Abasirikare 8 ba FARDC barimo umukoloneli barashinjwa kwica Umushinwa
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 25 Gicurasi 2022, umukoloneri mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâabandi basirikare 7 batawe muri yombi na bagenzi babo, bashyikirijwe Guverineri wa Ituri. Barashinjwa kuba barishe Umushinwa nâumurinzi we wâUmunyekongo ku ya 18 Werurwe i Labo, hafi yâakarere ka Nderembi gaherereye mu nkengero zâiburengerazuba bwâumujyi wa […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye umunyerondo wishe mugenzi we bari ku irondo
Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu ruherutse gusoma urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho uwitwa Mugiraneza Jean DamascĂšne icyaha cyâubwicanyi, yakoreye mu Karere ka Nyabihu , Umurenge wa Jenda, Akagari ka Rega mu Mudugudu wa Kajebenshi ubwo yicaga uwitwa Hitimana Alphonse alias KANA mu ijoro ryo ku wa 9/4/2022, amuteye icyuma ku mutima agahita apfa. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ishobora kongera kuba isibaniro ryâibihugu byo mu karere – ICG
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ishobora kongera kuba isibaniro ryâibihugu byo mu karere nkâuko byatangajwe nâIkigo International Crisis Group (ICG) muri raporo yacyo. Iyi raporo yashyizwe ahagargara mu gihe imirwano ikomeje guca ibintu mu nkengero zâUmujyi wa Goma mu bice bya Bunagana, Rutshuru na Rumangabo, aho bivugwa ko ikigo cya gisirikare cyaho cyari kigaruriwe […]
Kenya: Visi Perezida Ruto yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Uhuru Kenyatta
Visi Perezida wa Kenya, William Kipchirchir Samoei Ruto, yinginze Perezida Uhuru Kenyatta ngo amubabarire niba atarageze ku byo yari yitezweho mu gihe cy’imyaka icumi bayoboranye igihugu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 26 Gicurasi, mu masengesho yo gusengera igihugu yabereye muri Safari Park Hotel i Nairobi, visi perezida yemeye ko ashobora kuba yarashwanye nâumukuru wâigihugu, […]
Senegal: Inkongi yâumuriro mu bitaro yahitanye impinja 11
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Gicurasi, impinja 11 zapfuye zizize inkongi y’umuriro yadutse mu bitaro bya Tivaouane, ibyago ngo byerekana amakosa akomeye ya sisitemu y’ubuzima ya Senegal. Minisitiri wâubuzima Abdoulaye Diouf Sarr yavuze ko inkongi yâumuriro yatewe nâamashanyarazi mu gice cyâabana bakivuka mu Bitaro bya Abdoul Aziz Sy Dabakh. Yagize ati: Igice gifite ubushobozi […]
L’ancienne Miss Rwanda libĂ©rĂ©e sous caution
Le tribunal primaire de Kicukiro a accordĂ© le mercredi 25 mai une libĂ©ration sous caution Ă Elsa Iradukunda, Miss Rwanda 2017, aprĂšs que le parquet a retirĂ© leur dossier de dĂ©tention provisoire. Iradukunda est accusĂ© de diverses accusations, notamment d’avoir influencĂ© des assistants d’organes judiciaires, d’avoir fait de faux tĂ©moignages ainsi que d’avoir utilisĂ© de […]
M23 iravugwaho kwigarurira uduce twinshi mu gihe ishaka no gufata ikigo cya gisirikare cya Rumangabo
Amakuru yatangajwe kuri twitter na Kivu Morning Post aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, saa kumi nâebyiri imirwano yakomeje hagati ya FARDC na M23, ndetse urusaku rwâimbunda ziremereye nâizoroheje rwumvikanye mu Kigo cya gisirikare cya Rumangabo, kimwe mu byâingenzi bya FARDC mu burasirazuba bwâigihugu. Amakuru akaba avuga ko kuri uyu wa Gatatu […]
RDC: Ihuriro VICI-RDC rirasaba leta kwirukana Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa
Ihuriro ryâAbenegihugu, Vigilance Citoyenne, âryishimiye intambwe igaragara yatewe nâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu kurwanya inyeshyamba za M23 rivuga ko zishyigikiwe nâu Rwanda mu mirwano ibera i Nyiragongo na Rutshuruâ, risaba ko Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, yahambirizwa. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryabonwe na ACTU7.CD, dukesha iyi nkuru, kuri uyu wa […]
Kigali: Polisi yataye muri yombi agatsiko k’abahinduraga numero ziranga telephone zibwe
Polisi yâu Rwanda mu Mujyi wa Kigali, ku wa mbere tariki ya 23 Gicurasi, yafashe abantu 12 bahinduraga nimero ziranga amatelefone yibwe zizwi nka IMEI cyangwa Serial number zigizwe nâimibare 15, ari nayo yifashishwa mu kuzikurikirana iyo zibwe kugira ngo zifatwe. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko […]
Protais Mpiranya yatumye Zimbabwe ishaka koherereza Ethiopia umunyagitugu Mengistu
Nyuma yâivumburwa ryâurupfu, kuva mu 2006, rwâuwari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Protais Mpiranya, mu minsi mike ishize, ikibazo cyâabacitse ubutabera bihishe ku butaka bwa Zimbabwe giteye impungenge. Ku rwego rwa mbere, ni ikibazo cyâuwahoze ari umuyobozi wa Ethiopia, Mengistu Haile Mariam, Zimbabwe yaba yiteguye kohereza mu gihe yasabwa nâigihugu cye. Kuva mu 1991, […]
Chakwera et Kagame conviennent de stimuler le commerce entre le Rwanda et le Malawi
Le prĂ©sident du Malawi, Lazarus Chakwera, a rencontrĂ© hier le prĂ©sident du Rwanda, Paul Kagame, et les deux dirigeants ont convenu de travailler ensemble pour stimuler le commerce entre leurs deux pays. Les deux dirigeants se sont rencontrĂ©s au Forum Ă©conomique mondial aprĂšs avoir coprĂ©sidĂ© un petit-dĂ©jeuner visant Ă engager les acteurs du secteur privĂ© […]
Abavumbuzi 10 bâAbirabura utigeze umenya n’ubuvumbuzi bwabo

Kuva muri Misiri ya kera kugeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu bo muri Diaspora nyafurika bagiye bavumbura ibintu bishya bigezweho kandi bifitiye Isi akamaro. Nubwo tumenyereye ibihangano bya C.J. Walker na George Washington Carver, hariho ibintu byinshi byavumbuwe nâAbirabura bitamenywe na benshi. Ni muri urwo rwego twabateguriye urutonde rwâabavumbuzi icumi bâAbirabura batazwi cyane […]
U Rwanda na Malawi byiyemeje kurushaho kuzamura ubucuruzi hagati yabyo
Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yahuye na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, maze abayobozi bombi bemeranya gukorera hamwe mu kuzamura ubucuruzi hagati y’ibihugu byabo byombi. Aba bayobozi bombi bahuriye mu nama ya World Economic Forum nyuma yâaho bombi bafatanije kuyobora inama ya mu gitondo igamije kuganira nâabikorera baturutse hirya no […]
Umuyobozi wa BAD arizeza ko Afurika itazahura nâikibazo cyâibiribwa
Afurika ntizigera ihura nâikibazo cyâibiribwa, nkâuko umuyobozi wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere, Akinwumi Adesina, yabyijeje ku wa Mbere i Accra, muri Ghana. Mu kiganiro nâitangazamakuru mu rwego rwâinama ngarukamwaka za BAD, Adesina yagize ati: “Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) yashyizeho gahunda yo guhangana n’ikibazo cy’ibiribwa muri Afurika, abantu bose bakeka ko kizaba byanze bikunze”. Yasobanuye […]
Abimukira 76 baburiwe irengero nyuma yâimpanuka yâubwato mu mazi ya Tunisia
Abantu 76 baburiwe irengero nyuma yâaho ubwato bwari burimo abimukira burohamiye hafi ya Tnisia kuri uyu wa Gatatu nkâuko byatangajwe nâUmuryango Mpuzamahanga wita ku Bimukira. Uyu muryango uvuga ko abantu 24 batabawe bakuwe mu bwato bwari bwahagurukiye ku nkombe za Zawara muri Libya bukarohama ku nkombe za Sfax, umujyi wo muri Tunisia. Ikinyamakuru The Jerusalem […]
U Buholandi: U Rwanda ruratanga icyifuzo gishya cyo kohererezwa Major Karangwa
Guverinoma y’u Rwanda igiye gutanga icyifuzo gishya cyo kohererezwa Maj. Pierre-Claver Karangwa wafatiwe mu Buholandi mu ntangiriro z’uku kwezi ukuriiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Karangwa wahoze ari umusirikare mu butegetsi bwakoze jenoside, bivugwa ko ari umwe mu bagize uruhare runini mu iyicwa ryâibihumbi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yatawe muri […]
Indege zâintambara zâu Bushinwa nâu Burusiya hafi yâu Buyapani mu gihe Biden yari i Tokyo

Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wâingabo wâu Buyapani, Nobuo Kishi, yavuze ko indege zâintambara zâAbashinwa nâAbarusiya zahagurukiye hamwe hafi yâu Buyapani, akomeza avuga ko Tokyo yamaganye ku mugaragaro Beijing na Moscou yerekana ko ifite impungenge zikomeye. Izi ndege zâu Bushinwa nâu Burusiya zahuriranye nâumunsi i Tokyo haberaga inama, yanitabiriwe na Perezida Joe Biden, yâihuriro âQuadâ […]
Bunagana: Ubuzima bwatangiye kugaruka nyuma yâimirwano ikaze hagati ya FARDC na M23
Ubuzima bwatangiye kugaruka kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Gicurasi 2022, i Bunagana muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu yâAmajyaruguru). Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, abaturage bahunze imirwano iheruka kuba hagati yâingabo za Congo (FARDC) nâumutwe wa M23 mu majyepfo ya Bunagana batangiye guhunguka buhoro buhoro. Ariko kugeza ubu, impungenge ziracyari mu majyepfo yâiburasirazuba […]
Amafoto: Menya Imiterere yâamapeti atangwa mu Gisirikare cya Kenya (KDF)

Ipeti ryo hasi muri ba ofisiye bâIgisirikare cya Kenya ni Second Lieutenant (2Lt) ugeraho ukirangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya (Kenya Military Academy), mu gihe ipeti ryo hejuru ari irya Jenerali (w’inyenyeri enye). Kenya ariko ifite ofisiye umwe wâipeti rya Jenerali wâinyenyeri enye ari nawe mugaba mukuru wâingabo nk’uko tubikesha Minisiteri y’Ingabo […]
U Bushinwa bwabwiye Amerika ko irimo gukina nâumuriro
U Bushinwa bwabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere ushize ko zirimo gukina nâumuriro kandi ko amaherezo ari zo uzatwika. Ni nyuma yâaho Perezida Joe Biden yongeye gushimangira ko U Bushinwa nibutera Taiwan igihugu cye kizahita cyinjira mu ntambara gutabara iki kirwa. Umuvugizi wâIbiro byâububanyi nâamahanga byâu Bushinwa bishinzwe Taiwan, Zhu Fenglian, […]
Ukraine: Urukiko rwategetse ifatwa ry’uwahoze ari perezida kubera ubugambanyi
Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, urukiko rwo muri Ukraine rwategetse ko hafatwa uwahoze ari Perezida Viktor Yanukovych adahari, rumushinja ubugambanyi kubera amasezerano yasinyanye mu mwaka wa 2010 nâu Burusiya yo gukomeza gufatira amato ya Ukraine muri CrimĂ©e. Aya masezerano azwi cyane muri Ukraine nkâAmasezerano ya Kharkiv, yemereye u Burusiya kugumana amato yo mu […]
Maroc ishyigikiye kandidatire rukumbi ya Mushikiwabo ngo azakomeze kuvugurura OIF

Ubwami bwa Maroc bwatanze igitekerezo cyâuko hatazagira undi muntu uhatana nâUmunyamabanga Mukuru wa La Francophonie uriho ubu, Louise Mushikiwabo, mu yindi manda kugirango azabashe gukomeza amavugurura yatangije mu muryango, nkâuko byemejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, na Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Ubufatanye bwâAbanyafurika nâAbanya-Maroc baba mu mahanga, Nasser Bourita. Ubu ni bwo buryo bwumvikana […]
Kagame à Davos pour le Forum économique mondial

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© dans la ville suisse de Davos oĂč il rejoint plus de 50 chefs d’Ătat pour la rĂ©union annuelle du Forum Ă©conomique mondial. RĂ©unissant plus de 2000 dirigeants et experts aprĂšs deux ans sans Ă©vĂ©nements en personne, le forum est centrĂ© sur le thĂšme “L’histoire Ă un tournant : politiques […]
Abanya-Ukraine binjira mu Bwongereza binyuranije nâamategeko nabo bashobora kwisanga mu Rwanda
Mu gihe intambara yâu Burusiya ikomeje muri Ukraine, impunzi zo muri Ukraine zikomeje kwinjira mu Bwongereza ku bwinshi kuko hariyo umubare munini wâabaturage ba Ukraine bahaba, gusa biravugwa ko abadafite ibyangombwa bashobora kugongwa nâicyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye mu Bwongereza binyuranyije nâamategeko. Guverinoma yâu Bwongereza yagiranye amasezerano nâu Rwanda yo kuhohereza abantu bose […]
Umudipolomate wâinararibonye wâu Burusiya yeguye kubera intambara yo muri Ukraine
Umudipolomate wâinararibonye wâu Burusiya wakoreraga ku biro byâUmuryango wâAbibumbye i Geneve yatanze ubwegure bwe kandi yoherereza itangazo bagenzi be bâabanyamahanga banegura âintambara yâubugizi bwa nabiâ yashojwe na Perezida Vladimir Putin muri Ukraine. Boris Bondarev wakoraga nk’umujyanama mu butumwa buhoraho bw’u Burusiya muri Loni i Geneve, yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters ati: âNagiye mu butumwa nk’abandi ku […]
RDC: Imirwano hagati ya FARDC na M23 yakomeje gufata intera muri Jomba
Imirwano imaze iminsi ibiri hagati yâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zishyigikiwe na MONUSCO ndetse nâinyeshyamba za M23 iragenda ifata intera muri Gurupoma ya Jomba, muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru). Nyuma yâimirwano ikaze ku cyumweru, itariki ya 22 Gicurasi, humvikanye urusaku rwâintwaro ziremereye kandi zoroheje kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, […]
Havumbuwe ko Mozambique yari ifite abasirikare 7,000 ba baringa kandi bahembwa
Ikinyamakuru Carta de Moçambique cyavumbuye ko Mozambique yari ifite abasirikare bagera mu 7,000 ba baringa, mu gisirikare gihembwa nabi, gifite imyitozo idahagije, bigaragaza impamvu igihugu cyitabaje amahanga ngo agifashe guhangana nâibyihebe. Iki kinyamakuru cyamenye ko imishahara yâaba basirikare ba baringa yajyaga mu mifuka ya bamwe mu basirikare bakuru, kandi ko hari umubare uzamuka wâabana bâabahoze […]