Vital Kamerhe yongeye kugaragara muri perezidansi Tshisekedi yakira Obasanjo

Umunyapolitiki Vital Kamerhe wari umaze igihe abarizwa muri gereza, yongeye kugaragara mu itangazamakuru kuva kuwa Mbere, itariki 22 Kanama ubwo nka Perezida w’ishyaka Union pour la Nation Congolaise, yayoboye inama ya biro politiki yaryo agatangaza imigambi myinshi afite mu rwego rwo kwerekana ko yagarutse mu kibuga cya politiki. Kuva icyo gihe, kuri ubu ngo Kamerhe […]
Umugore wa Kobe Bryant yahawe indishyi ya miliyoni 16$ kubera amafoto y’imirambo y’abe yakwirakwijwe
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Kanama 2022, umupfakazi w’umukinnyi w’icyamamare wa basketball, Kobe Bryant, yahawe miliyoni 16 z’amadolari n’abacamanza kubera usangiza amafoto y’imirambo y’abantu bahitanwe n’impanuka ya kajugujugu umugabo we yaguyemo, n’umukobwa wabo, Gianna w’imyaka 13 mu 2020. Vanessa Bryant yari yareze Intara ya Los Angeles, avuga ko yinjiye mu buzima bwite, nyuma yo […]
Ambasaderi wa Ukraine i Vatican yanenze ibyatangajwe na Papa ku rupfu rwa Darya Dugina
Ambasaderi wa Ukraine i Vatican yanenze Papa Fransisiko kubera kugereranya Darya Dugina, umukobwa w’umwe mu bagabo bavuga rikijyana mu Burusiya bivugwa ko ari inshuti ya Perezida Putin, nk’inzirakarengane y’intambara. “Inzirakarengane zishyura intambara,” ibi byatangajwe n’Umushumba wa Kiliziya Gaturika mu iteraniro rusange ryo kuri uyu wa Gatatu, avuga ko “uriya mukowa ubabaje wajugunywe mu kirere na […]
Le général major Nkubito prend les rênes au Mozambique en tant que commandant de la force conjointe
Le gĂ©nĂ©ral major Eugene Nkubito, qui a Ă©tĂ© promu au rang la semaine dernière, devrait prendre la relève en tant que force opĂ©rationnelle conjointe de la sĂ©curitĂ© rwandaise au Mozambique, en remplacement du gĂ©nĂ©ral major Innocent Kabandana, qui achève sa pĂ©riode de service. Le gĂ©nĂ©ral major Nkubito, le nouveau commandant de la Force opĂ©rationnelle interarmĂ©es […]
Gicumbi: Umugabo w’imyaka 65 arashinjwa gusambanya no gutera inda umwana w’imyaka 16
Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba kuri uyu wa Kabiri, itariki 23 Kanama, rwafunze iminsi mirongo 30 y’agateganyo umugabo w’imyaka 65 y’amavuko, uturuka mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Nyamiyaga, Akagari ka Kabuga, Ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko akanamutera inda. Ubshinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buravuga ko iki cyaha yagikoze mu mpera […]
Thailand: Urukiko rwahagaritse minisitiri w’intebe bisabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Kuri uyu wa Gatatu, Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rwa Thailand rwahagaritse Minisitiri w’intebe, Prayuth Chan-ocha, ku mirimo ye nyuma yo gufata icyemezo cyo kumva icyifuzo cyo gusuzuma manda ye y’imyaka umunani yemerewe n’amategeko. Urukiko rwatangaje icyemezo cyarwo mu itangazo ryohererejwe itangazamakuru. Ntibyamenyekanye igihe ruzatangira icyemezo cya nyuma ku cyifuzo cyazanywe n’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe […]
Kivu y’Amajyepfo: Ibirindiro bya MONUSCO byatewe n’abantu bataramenyekana
Ibirindiro by’ingabo za MONUSCO mu Mujyi wa Balaka, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo byagabweho igitero n’umutwe w’inyeshyamba utaramenyekana zai zitwaje intwaro zirimo n’iza gakondo. Igitero cyagabwe ahagana saa saba z’ijoro kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 24 Kanama 2022. Amakuru aturuka mu nzego za leta agera kuri ACTU7.CD, ntabwo avuga umubare w’abantu bahasize ubuzima cyangwa […]
Kenya yatangaje iyoherezwa ry’abasirikare bayo basaga 200 muri RDC
Umuyobozi wungirije w’ingabo z’igihugu cya Kenya, Lt. Gen. Francis Ogolla yatangaje kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 22 Kanama, iyoherezwa ry’Ingabo za Kenya muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mutwe udasanzwe ushinzwe gutabara byihuse wa Monusco. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru cya leta muri Kenya (KBC), abasirikare barenga 200 ba KDF bazaba bagize itsinda ryo […]
Brussels Airlines yatangaje ko itagishoboye gukora ingendo i Kinshasa
Isosiyete y’indege ya Brussels Airlines yatangaje ko itagishoboye guhuza Kinshasa na Bruxelles nk’uko tubikesha urubuga interview.cd rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko iyi kompanyi y’indege ibitangaza, iki cyemezo kizatangira gukurikizwa kugeza hagati muri Nzeri, cyafashwe kubera impamvu z’ibura ry’amavuta yo gukoresha ku kibuga cy’indege cy’umurwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iyi […]
Amerika igiye guha Ukraine indi nkunga ya gisirikare ya miliyari 3$
Leta Zunze Ubumwe za merika zirateganya gutangaza inkunga ya gisirikare ya miliyari 3 z’Amadolari kuri Ukraine kuri uyu munsi igihugu cyizihiza Umunsi w’Ubwigenge ndetse n’amezi atandatu ashize gitewe n’u Burusiya. Itangazo rya White House riteganyijwe kuri uyu wa Gatatu mu masaha akuze nk’uko byemejwe n’umuyobozi muri Amerika, nyuma yaho Washington itanze umuburo ivuga ko u […]
Mozambique: Intagondwa zongeye kubura ibitero noneho zisatira n’amajyepfo
Intagondwa z’Abayislamu muri Mozambike zongeye kubura ibitero mu majyaruguru y’igihugu mu Ntara ya Cabo Delgado, aho byongereye ku mubare w’abaturage bavanwe mu byabo abagera ku 80,000. Ibi bitero bikaba bije gukoma mu nkokora ibyatangazwaga na leta ko yaciye intege intagondwa z’abayisilamu zigeze kwigarurira iyi ntara hafi ya yose muri za 2017. Ibitero bishyashya muri iyi […]
Umuyobozi wa Charity Bids yakiriwe na Perezida Paul Kagame
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, itariki 23 Kanama, Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Charity Bids cyifashishwa mu gushaka inkunga n’ubushobozi ku miryango idaharanira inyungu mu bikorwa byayo by’ubugiraneza. Nk’uko bigaragara ku rubuga rw’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro, Israel Schachter, yakiriwe na Perezida Kagame aherekejwe na Niyonkuru Zephanie, Umuyobozi Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu […]
Itsinda ry’Abanyakenya ryareze Guverinoma y’u Bwongereza mu Rukiko rw’i Burayi
Kuri uyu wa Kabiri, itsinda ry’Abanyakenya ryatanze ikirego mu Rukiko rw’u Burayi rw’Uburenganzira bwa Muntu rirega Guverinoma y’u Bwongereza ibyo ryavuze ko ari ubujura bw’ubutaka, iyicarubozo no gufatwa nabi byakozwe mu gihe cy’ubukoloni. Abanyakenya barashaka ko hakorwa iperereza no kurenganurwa ku byaha bavuga ko byakorewe mu burengerazuba bwa Kenya mu karere ka Kericho, aka kakaba […]
Gasabo: Ubuyobozi bwahakanye amakuru avuga ko umukarani w’ibarura yatererejwe imbwa ikamurya
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo, Innocent Mpariyimana, yaakanye amakuru avuga ko kuri uyu wa Mbere, itariki ya 22 Kanama 2022 mu ma saa cyenda, umukarani w’ibarura witwa Uwimpuhwe Josiane yatererejwe imbwa ubwo yari ageze mu rugo rw’umuturage agiye kubarura ikamurya. Ni mu rugo rw’uwitwa Kanani Jean Robert, […]
IGP Munyuza à Singapour pour la coopération bilatérale
L’inspecteur gĂ©nĂ©ral de la police (IGP) Dan Munyuza est Ă la tĂŞte d’une dĂ©lĂ©gation qui comprend le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral du Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB), le colonel (Ă la retraite) Jeannot Ruhunga, pour une visite de quatre jours Ă Singapour afin d’Ă©tablir une coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les forces de l’ordre dans les deux pays. IGP Munyuza […]
Abanyamerika bakiri muri Ukraine basabwe kuhava byihuse
Abanyamerika bakiri muri Ukraine basabwe na Ambasade ya Amerika i Kyiv kuva muri iki gihugu byihuse. Kuri uyu wa Mbere, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yatanze integuza y’umutekano iburira ko u Burusiya bugiye kongera ingufu mu kugaba ibitero ku bikorwa bya gisivili n’ibya guverinoma muri Ukraine mu minsi iri imbere. Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe […]
Abapolisi bafatiye umugeni mu bukwe bwe bari mu mazi abira
Abapolisi ba Uganda baherutse gusanga umugeni mu mihango yo kwiyakira nyuma yo gusezerana kuwa Gatandatu ushize muri Mbarara batangiye gukurikiranwa n’uwego rushinzwe disipuline mu gipolisi, bakekwaho gukorana n’uwari wareze uyu mugeni. Umwe muri abo bapolisi kuri ubu biravugwa ko yatawe muri yombi mu gihe bagenzi be bacitse batarafatwa nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga. […]
Dukeneye abagabo benshi nka Perezida Kagame – Ijambo umugore wa Prince Harry yigeze kuvugira muri Loni

“Kugira abayobozi nka Perezida Kagame w’u Rwanda bakomeje kuba intangarugero mu gihugu gifite gahunda y’inteko ishinga amategeko igizwe n’abayobozi b’abagore 64%”. “Ndashaka kuvuga ko ari mubare wo hejuru muri guverinoma iyo ari yo yose ku Isi kandi ntiwabyumva. Dukeneye abagabo benshi nka we…,” aya ni amagambo ya Meghan Markle umugore w’Igikomangoma Harry wari mu Rwanda […]
Ukraine yahisemo kutazizihiza ubwigenge kubera gutinya icyo u Burusiya bwakora
Umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, wahagaritse ibirori byo kwizihiza Umunsi w’ubwigenge, igihugu kibuka kwitandukanya n’ubutegetsi bw’Abasoviyeti, kubera gutinya ko u Burusiya bushobora gukora akantu. Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama, umunyamakuru wa Al Jazeera i Kyiv, Teresa Bo, yavuze ko ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Ukraine “bwabujije ubwoko ubwo ari bwo bwose bwo guteranira hamwe, […]
RDC: Guverinoma iremeza ko hari umupangu B wo kwisubiza Bunagana
Minisitiri w’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama mu kiganiro n’itangazamakuru ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bw’igihugu, yemeje ko hari umupangu B wo kongera kwisubiza Bunagana, imaze amezi asaga abiri mu maboko ya M23. Minisitiri Muyaya yavuze ko hari umupangu B (Plan […]
U Burusiya bwashinje Ukraine kuba inyuma y’igitero cyahitanye umukobwa w’inshuti ya Perezida Putin
Ukraine yahakanye kugira uruhare mu gutega mu modoka bombe yahitanye umukobwa wa Alexander Dugin, umugabo bivugwa ko ari umwe mu nshuti magara za Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin. U Burusiya bwashinje “serivisi zidasanzwe” zo muri Ukraine kuba zarateze igisasu mu modoka cyahitanye Darya Dugina, umukobwa w’umugabo uvuga rikijyana mu Burusiya washyigikiye igitero cya Moscou muri […]
Dennis Rodman arateganya kujya mu Burusiya kureba uko Brittney Griner yafungurwa
Dennis Rodman wahoze ari igihangange muri NBA arateganya kujya mu Burusiya kugira ngo afashe mu biganiro byo kurekura Umukinnyi wa Basketball w’Umunyamerikakazi, Brittney Griner, umaze amezi afungiwe muri iki gihugu. Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ivuga ko Griner akomeje gufungwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, akaba yarakatiwe mu ntangiriro z’uku kwezi igifungo cy’imyaka icyenda […]
Umugandekazi wari waburiye i Kibeho yaje kugaragara agendagenda mu mihanda y’i Kigali
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko Umugandekazi Justine Owor, wari waraburiwe irengero nyuma yo kwitabira amasengesho I Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, ku munsi wo kwizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya, yabonetse ari muzima. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama, yavuze ko Owor byari byatangajwe […]
Le prince Harry reçu par le président Kagame
Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu le 22 aoĂ»t le prince Harry, duc de Sussex, qui se trouve dans le pays pour une visite de travail en sa qualitĂ© de prĂ©sident d’African Parks. African Parks est une organisation de conservation Ă but non lucratif qui gère les parcs nationaux et les aires protĂ©gĂ©es au nom […]
Polisi yasanze umugeni mu muhango wo kwiyakira imuta muri yombi
Mu muhango wo kwakira abatumiwe mu bukwe wabereye mu ishuri rya tekinike rya Kakiika mu mujyi wa Mbarara, muri Uganda, mu mpera z’icyumweru, habye agashya ubwo abari aho babonaga abapolisi bambaye imyenda isanzwe bahagabye igitero bagata muri yombi umugeni kubera urubanza rw’inshinjabyaha yarezwemo ariko rwari rwarateshejwe agaciro. Christine Natuhera yatawe muri yombi akekwaho kuba yaribye […]
Kenya: Raila Odinga mu Rukiko rw’Ikirenga nyuma yo kutemera ibyavuye mu matora
Kuri uyu wa Mbere, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, aratangira kurwanya ibyavuye mu matora y’umukuru w’umukuru yabaye muri uku kwezi mu Rukiko rw’Ikirenga, nk’uko byatangajwe itsinda rye ry’abanyamategeko. Umwunganizi we, Paul Mwangi, yasubije ikibazo cya Reuters mu nyandiko ati: “Yego turabikora.” Mu cyumweru gishize, Umuyobozi wa Komisiyo Yigenga y’Igihgu y’Amatora muri Kenya […]
Impungenge ni zose nyuma y’ibura ry’Umugandekazi waburiye i Kibeho aho yari yitabiriye amasengesho
Abayobozi mu Rwanda barimo gushakisha umugore w’Umugandekazi witwa Justine Owor w’imyaka 59, waburiye mu gihugu aho yari yaje mu masengesho aherutse kubera i Kibeho. Bubinyujije muri Ambasade y’u Rwanda i Kampala ubuyobozi bw’u Rwanda bwasobanuye ko Owor yinjiye mu Rwanda anyuze ku mupaka wa Gatuna ku itariki 14 Kanama aho yari yaje kwizihiriza ijyanwa mu […]
RDC: Vital Kamerhe agarutse mu kibuga cya politiki nyuma y’imyaka 2 afunzwe
Uwahoze ari umuyobozi mukuru w’ibiro bya Perezida FĂ©lix Tshisekedi arasubukura ibikorwa bya politiki kuri uyu wa Mbere nyuma y’imyaka ibiri atari mu rubuga cya politiki kubera gufungwa. Uyu munsi arayobora inama ya biro politiki y’ishyaka rye, Union pour la Nation congolaise (UNC). Nyuma yo kubonana imbonankubone na Perezida FĂ©lix Tshisekedi ku itariki ya 28 Kamena […]
Uwahoze ari Perezida wa Comores yatangiye umwaka wa gatanu afungiwe mu rugo umuryango we utazi ibye
Ni ifungwa ryagombaga kumara amezi atarenga umunani ariko, kuri iki Cyumweru gishize, itariki ya 21 Kanama, uwahoze ari Perezida wa Comores, Ahmed Abdallah Sambi, yatangiye umwaka wa gatanu afungiye mu rugo. Muri 2018, nibwo uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Comores yashinjwe “ruswa n’ubufatanyacyaha mu gukoresha inyandiko mpimbano” mu rubanza rw’uburiganya bwa pasiporo. Nk’uko byatangajwe na […]
Nyuma yo gusubikwa kenshi urubanza rw’abaganga ba Baho International Hospital ruzatangira mu Kwakira
Nyuma yo gusubikwa inshuro nyinshi, urubanza rw’abaganga babiri bo mu bitaro Baho International Hospital, baregwa icyaha cyo kwica umuntu batabishaka ruteganijwe mu Kwakira. Abaganga: Dr. Alfred Mugemanshuro, inzobere mu gutera ikinya (anesthesiologue), na Dr. Gaspard Ntahonkiriye, umuganga w’abagore (gynecologist), bakurikiranyweho urupfu rwa Chantal Ngwinondebe, umurwayi w’umugore wasuzumye mu bitaro hagati y’umwaka ushize asaba ko akurwa […]
Umugore uba muri Australia arashinja abarimo Perezida Mnangagwa kumufata ku ngufu

Muri uku kwezi gushize, hari umugore washinje Perezida Emmerson Mnangagwa n’abandi banyapolitiki bo muri Zimbabwe kuba baramufashe ku ngufu muri za 2000 ataraba perezida. Ni umugore uba muri Australia witwa Susan Mutami, wemeje kuri twiter ko yafashwe ku ngufu n’abanyapolitiki benshi mu gihugu cye cya Zimbabwe mu myaka ya za 2000. Mu bo yashinje, harimo […]
Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo ushinjwa gushaka kugirira nabi Tshisekedi arabarizwa i Paris
Nyuma yo kurekurwa by’agateganyo ku wa Kabiri, itariki 16 Kanama, François Beya wahoze ari “umujyanama mu by’umutekano” wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ushinjwa ibyaha birimo “umugambi mubisha” wo kugirira nabi Perezida FĂ©lix Tshisekedi, yerekeje mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris , aho agomba kwivuriza mbere yo gukomeza urubanza rwe i Kinshasa imbere […]
Minisitiri w’ubuzima wa Cameroun arimo guterwa ubwoba nyuma y’icyemezo cyo guca mukorogo
Minisitiri w’ubuzima muri Cameroun, mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo muri iki gihugu muri iki cyumweru, yavuze ko yatewe ubwoba nyuma yo kubuza amavuta akesha uruhu, azwi nka mukorogo mu Rwanda, bivugwa ko agira ingaruka ku buzima bw’abayakoresha. Ku ya 10 Kanama, nibwo Minisitiri Manaouda Malachie yabujije ibigo bigera kuri bitanu gucuruza aya mavuta akesha […]
Albania iravuga ko yafashe intasi z’Abarusiya n’Umunya-Ukraine zitata uruganda rwa gisirikare
Minisiteri y’ingabo ya Albania yatangaje kuri uyu wa Gatandatu ushize, ko Abarusiya babiri n’Umunya-Ukraine batawe muri yombi bakekwaho kuneka mu ruganda rwa gisirikare ruherereye mu majyepfo y’iki gihugu. Minisitiri w’Intebe, Edi Rama, yanditse ku rubuga rwa Twitter ati: “Mbega ishema ku barinzi b’ingabo bafashe abantu batatu bakekwaho ubutasi”, yongeraho ati: “Ubu reka dutegereze ibisobanuro byuzuye […]
Moscow: Umukobwa w’inshuti magara ya Perezida Putin yishwe n’igisasu cyari giteze mu modoka
Umukobwa w’inshuti magara ya Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yiciwe mu muhanda munini hafi ya Moscou nyuma y’aho igisasu cyari giteze mu modoka ye gituriiye. Komite ishinzwe ubugenzacyaha mu Burusiya yavuze ko Darya Dugina yapfuye nyuma y’iturika ry’imodoka ye ubwo yari atwaye ari gutaha. Bikekwa ko se, umuhanga mu bya filozofiya w’Umurusiya, Alexander Dugin, uzwi […]
Luanda: Umurambo wa Dos Santos wagejejwe muri Angola bamwe mu bana be batabizi
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Kanama, umurambo wa Jose Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize, wagejejwe i Luanda, nyuma y’amakimbirane yari amaze icyumweru cyose ku icyurwa ry’umurambo we hagati ya bamwe mu bana be n’umugore yasize. Abanyamakuru ba AFP bari I Luanda bavuga ko indege yari […]
Perezida Zelensky afite impungenge z’icyo u Burusiya bushobora gukora mu gihe cyo kwizihiza ubwigenge
Perezida Volodymyr Zelenskyy yasabye abanya Ukraine kuba maso mbere y’ibirori byo ku wa Gatatu, itariki 24 Kanama, aho bazaba bizihiza imyaka 31 y’ubwigenge nyumayo kwitandukanya n’ubutegetsi bw’Abasoviyeti, nyuma ya misile yakomerekeje abasivili 12 hafi y’uruganda rutunganya ingufu za kirimbuzi. Ku wa Gatandatu, itariki ya 20 Kanama, Zelenskiy yavuze ko Abanya Ukraine batagomba kwemerera Moscou “gukwirakwiza […]
Ingabo za Somalia zabashije kwirukana ibyihebe byari byigaruriye Hotel Hayat
Kuri iki Cyumweru, Ingabo za Somalia zabashije kwirukana ibyihebe byari byigaruriye hotel yo mu murwa mukuru, Mogadishu, nk’uko umuyobozi w’ingabo yabitangarije Reuters, akomeza avuga ko bagitegura ibisasu biteze hirya no hino mu nyubako. Nibura abantu 12, cyane cyane abasivili, bishwe ubwo ingabo za Somalia zarwanaga n’abarwanyi bafitanye isano na Al Qaeda mu gihe cy’amasaha 30 […]
Le Danemark va ouvrir un bureau au Rwanda dans le cadre d’un nouveau plan de centres d’asile
Le Danemark ouvrira un bureau au Rwanda alors que le pays de l’Union europĂ©enne intensifie ses plans pour y installer un centre d’asile offshore, conformĂ©ment Ă la position de plus en plus dure du gouvernement Ă l’Ă©gard des rĂ©fugiĂ©s. Le bureau, tenu par deux diplomates, sera basĂ© dans la capitale Kigali, a indiquĂ© jeudi le […]
Espagne: Umukobwa wa Do Santos yajuririye icyemezo cyo kohereza umurambo wa se muri Angola
Umukobwa w’uwahoze ari perezida wa Angola, Jose Eduardo dos Santos, yajuririye icyemezo cy’urukiko rwo muri Espagne gitegeka guha umurambo we umupfakazi we ugasubizwa mu rugo kugira ngo ashyingurwe. Iki kirego cy’ubujurire cyatanzwe kuri uyu wa Kane ushize na Tchize dos Santos, umukobwa wa Eduardo dos Santos w’imyaka 44 nk’uko iyi nkuru dukesha Al Jazeera ivuga. […]
Diamond Platnumz aravuga ko Zuchu nashaka kuva muri Wasafi azishyura miliyari 10 z’Amashilingi
Umuyobozi wa Wasafi Record label, Diamond Platnumz, yatangaje ko umuhanzikazi Zuchu yasinyishije muri iyi label ye azishyura miliyari 10 z’amashilingi naramuka ashatse kuyivamo amasezerano bagiranye atarangiye. Diamond yavuze ko imibare ya Zuchu yiyongereye bidasanzwe ari yo mpamvu bizamsaba amafaranga menshi naramuka ashatse kuva muri label. Ibi bibaye nyuma y’ibyumweru bike ashinjwe gukama abaririmbyi babarizwa muri […]
California: Indege ziteguraga kururuka zagonganiye mu kirere
Abayobozi muri Amerika bavuze ko “hapfuye abantu ” nyuma y’impanuka y’indege ebyiri nto zagonganiye mu kirere ubwo zashakaga kugwa ku kibuga cy’indege cyo muri California. Iyi mpanuka yabaye mbere gato ya saa cyenda z’umugoroba ku isaha yaho ku Kibuga cy’Indege cya Watsonville muri Watsonville, agace k’ubuhinzi gaherereye nko mu bilometero 80 mu majyepfo ya San […]
Nyuma ya Blinken izindi ntumwa z’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika zitegerejwe mu Rwanda

Nyuma y’uruzinduko rwa minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Anthony Blinken, mu Rwanda, itsinda ry’abagize inteko ishinga amategeko ya Amerika kuri ubu riri mu gihugu cya Kenya naryo ritegerejwe mu Rwanda. Iri tsinda ry’abagize inteko ishinga amategeko ya Amerika ryageze muri Kenya mu minsi ishize rigiye kubonana na Perezida watowe, Willam Ruto […]
Byari kuba byiza ku isura ye iyo afunga umunwa – Mushiki wa Kim Jong un avuga kuri Perezida wa Koreya y’Epfo
Kim Yo Jong , mushiki ukomeye w’umuyobozi wa Korea ya Ruguru, Kim Jong Un, yanze yivuye inyuma icyifuzo cya Koreya y’Epfo cyo gufasha kuzamura ubukungu bw’iki gihugu ariko nacyo kikemera kureka intwaro za kirimbuzi. Ibyatangajwe n’uyu mushiki wa Kim jong un, bibaye inshuro ya mbere umuyobozi mukuru muri Koreya ya Ruguru agize icyo avuga ku […]
Huye: Urukiko rwashyikirijwe dosiye y’umugabo ukekwaho kwica umwana amuziza se wabo
Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 17 Kanama 2022, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umusore w’imyaka 34 ukekwaho kwica umwana w’imyaka 9 amunize. Ubushijacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buravuga ko iki cyaha cyakozwe ku wa 02 Kanama 2022, mu gihe cya saa moya z’ijoro, mu Mudugudu wa […]
U Bufaransa: Ubutabera bwatangiye gufatira imitungo bivugwa ko ari iy’umuhungu wa Perezida Sassou Nguesso
Umuhungu wa perezida wa Congo-Brazzaville arakekwaho n’ubutabera bw’u Bufaransa kuba yaranyereje miliyoni 19 z’amayero mu Bufaransa nk’uko byatangajwe n’urubuga Mediapart ruvuga ko rwabonye icyemezo cyo gufatira imitungo ye itimukanwa, cyo ku ya 20 Kamena, gisobanura imyaka myinshi y’iperereza ku mibereho ya Denis Christel Sassou Nguesso mu Bufaransa. Nk’uko Mediapart ibitangaza, ubutabera bw’u Bufaransa bwatangiye gukurikirana […]
Guverinoma ya Danemark yemeye kwakira izindi mpunzi zizava mu Rwanda
Guverinoma ya Danemark yatangaje ko izakira impunzi 200 zivuye mu Rwanda muri gahunda yo kwimura abantu. Ariko, umuryango ukomeje gufungwa cyane ku basaba ubuhungiro muri iki gihugu. Minisitiri ushinzwe abinjira n’abasohoka mu gihugu, Kaare Dybvad Bek (uri ku ifoto), yabitangaje mu cyumweru gishize avuga ko hazibandwa cyane ku kwimura abagore n’abana. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, […]
Le procès de Félicien Kabuga débutera le 29 septembre à La Haye
FĂ©licien Kabuga, le “financier” prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsi au Rwanda en 1994, sera jugĂ© Ă partir du 29 septembre Ă La Haye oĂą il devra faire face Ă des accusations de gĂ©nocide et de crimes contre l’humanitĂ©, a annoncĂ© jeudi un juge des Nations unies. “La Chambre ordonne le procès dans sa branche […]
La Haye: Kabuga Felicien azatangira kuburana mu mizi mu mpera za Nzeri
FĂ©licien Kabuga, uvugwaho kuba ari we muterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, azatangira kuburanishwa mu mizi mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha i La Haye mu mpera za Nzeri, aho ashinjwa ibyaha bya jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kanama, umucamanza w’Umuryango w’Abibumbye, yavuze ko FĂ©licien Kabuga, wafashwe nk ‘”umuterankunga” […]
MONUSCO yafunze ibirindiro byayo mu Mujyi wa Butembo
Imbere y’itangazamakuru i Butembo, kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kanama 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima, yatangaje ku mugaragaro ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) zivuye mu Mujyi wa Butembo uherutse kuberamo imyigaragambyo ikaze isaba izi ngabo kuva muri repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ati: “Ku bijyanye no kugenda kwa […]
RDC: Umunyamakuru yarafashwe afungwa azira ikiganiro ku Rwanda n’imyigaragambyo
Komite ishinzwe Kurengera Abanyamakuru (CPJ), Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika ufite icyicaro i New York uravuga ko abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bagomba guhagarika gutera ubwoba abanyamakuru bakora ku makimbirane yo mu burasirazuba bw’igihugu kandi bakemerera abanyamakuru gutangaza mu bwisanzure ibintu bifitiye rubanda akamaro. Ku wa Gatanu, itariki ya 12 Kanama, abapolisi bataye […]
Kabul: Igisasu cyaturikiye mu musigiti mu gihe cy’amasengesho gihitana abantu 21 abandi barakomereka
Igisasu cyaturikiye mu musigiti w’i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistan mu gihe cy’amasengesho ya nimugoroba kuri uyu wa Gatatu ushize cyahitanye abantu 21, nk’uko Polisi ya Kabul yabitangaje kuri uyu wa Kane. Umuvugizi wa polisi, Khalid Zadran, yatangaje ko abandi bantu 33 bakomerekeye muri icyo gitero. Abatangabuhamya bari babwiye Reuters ko guturika guhambaye kumvikanye […]
Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) mu ya mbere yitwaye neza munsi y’Ubutayu bwa Sahara
Amasoko y’imari n’imigabane y’u Rwanda na Tanzania yaje muri atandatu ya mbere muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara yitwaye neza muri ibi bibazo by’ubukungu byugarije Isi n’umuyaga w’ubukungu kugira ngo agarure neza abanyamigabane. Raporo ya buri gihembwe y’isoko yakozwe n’abasesenguzi ba AfricanFinancials Group, yerekana ko Isoko ry’imigabane ry’u Rwanda (RSE) n’irya Tanzania, Dar es […]
Inyandiko z’ibanga zivuga ku Rwanda zishobora kuburizamo umugambi w’u Bwongereza
Guverinoma y’u Bwongereza yabonye intsinzi igice kimwe mu ntambara yo mu rukiko kugira ngo ikomeze kugira ibanga ibice bimwe by’inyandiko ebyiri ku bivugwa ko u Rwanda rwaba rukoresha “iyicarubozo ndetse n’ubwicanyi” mbere y’umwanzuro utegerejwe mu kwezi gutaha kuri politiki itavugwaho rumwe y’u Bwongereza yo kohereza abahasaba ubuhungiro mu Rwanda. Kuri uyu wa Gatatu, umucamanza w’Urukiko […]
Taiwan yamuritse indege zayo nshya z’indwanyi ziteye imbere zo mu bwoko bwa F-16V

Taiwan yashyize ahagaragara indege y’intambara iteye imbere cyane yo mu bwoko bwa F-16V igendana misile, mu myiyereko idasanzwe ya nijoro ykozwe nyuma y’imyitozo ya gisirikare y’u Bushinwa itarigeze ibaho mu nkengero z’iki kirwa. Muri uku kwezi Ingabo z’u Bushinwa zakoze imyitozo mu kirere no mu nyanja mu muhora wa Taiwan nyuma y’uruzinduko rwa Perezida w’Inteko […]
Rutsiro: Un enseignant recherchĂ© pour profanation d’enfant
Un enseignant de trente ans travaillant Ă l’Ă©cole primaire de Gahondo dans le secteur de Kivumu du district de Rutsiro, dans la province de l’Ouest, est recherchĂ© pour avoir prĂ©tendument profanĂ© un enfant de son quartier. Patrick Muhizi Munyamahoro, le secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur de Kivumu, a dĂ©clarĂ© Ă Kigali Today que l’enseignant s’Ă©tait Ă©chappĂ© […]
Trump yaba afite ikibazo cyo kubona abamwunganira kuko abo agezeho bari kumutera utwatsi
Amakuru yatangajwe na Washington Post, aravuga ko uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, afite ikibazo cyo kubona umunyamategeko mwiza wo kumwunganira. Iki kinyamakuru kivuga ko yavuganye n’abavoka benshi batanze ibisobanuro ariko batifuje ko amazina yabo atangazwa, bavuga ko Trump ari mu rugamba rwo gushaka abamwunganira bamenyereye akazi ariko abo yagezeho […]
Misiri: Umucamanza yakatiwe igihano cy’urupfu azira ubwicanyi
Kuri uyu wa Kabiri ushize, itarki 16 Kanama, urukiko rwo mu Misiri rwakatiye umucamanza igihano cyurupfu azira kwica umugore we, nk’uko ubucamanza bwabitangaje mu rubanza rwa gatatu rukomeye rw’iyicwa ry’abagore muri iki gihugu mu mezi abiri. Urukiko mpanabyaha rwemeje “kohereza umucamanza wishe umunyamakurukazi kuri televiziyo witwa Shaimaa Gamal na mugenzi we bafatanyije icyaha, kuri Mufti […]
U Burusiya bwamuritse kajugujugu itagira umudereva ishobora kumara amasaha 7 mu kirere

Ikigo cyo mu Burusiya gikora kajugujugu, Russian Helicopters Company, kikaba ari ishami ry’ikigo cya leta, Rostec Corporation,cyamuritse kajugujugu itagira umudereva yiswe “Bas-750” mu imurikagurisha mpuzamahanga rya munani ry’ibikoresho bya gisirikare ryo muri uyu mwaka wa 2022 rizwi nka “International Military-Technical Forum (Army 2022) exhibition”. N’itumanaho rishobora kugera mu birometero 150, Bas-750 ishobora kwikorera ibiro bigera […]
Malawi: Umunyarwanda yaciwe 100,000 y’amande cyangwa agahitamo gufungwa amezi 9
Umusore w’imyaka 26 w’Umunyarwanda wagurishaga ikiyobyabwenge cy’urumogi mu mpunzi bagenzi be mu Nkambi y’Impunzi ya Dzaleka i Dowa yategetswe gutanga ihazabu y’amafaranga 100.000 ya Malawi cyangwa bitabaye ibyo agafungwa amezi 9 anakoreshwa imirimo y’agahato. Umushinjacyaha wa polisi, Sgt Joseph Banda, yabwiye urukiko ko uwahamwe n’icyaha, Isaac Byamungu, yatawe muri yombi ku ya 2 Kanama 2022 […]