Perezida Macron yahaye nyirantarengwa Abayisilamu bo mu Bufaransa
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yabwiye abayobozi b’Abayisilamu bo mu Bufaransa gushyiraho amasezerano mu minsi itarenze 15 bemera ko Islam ari idini aho kuba umutwe wa politiki. Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu ushize, Perezida Macron yagiranye ibiganiro n’abahagarariye Abayisilamu, nk’uko byatangajwe na France24, abasaba ko hashyirwaho amasezerano Inama y’Abasilamu mu Bufaransa igomba kubahiriza. […]
U Bwongereza, Nigeria na Uganda birarwanira umunyezamu Ejeheri wa Arsenal
Amakipe y’ibihugu y’umupira w’amaguru ya Nigeria, Super Eagles, iy’u Bwongereza, Three-Lions n’iya Uganda, Uganda Cranes, zirimo kurwanira kugira umukinnyi wayo umunyezamu ukiri muto wa Arsenal, Ovie Ejeheri, ukomeje kwigaragaza. Ibihugu bya Nigeria n’u Bwongereza byo biravugwa ko bimaze iminsi birwanira abakinnyi, aho bamwe bahitamo gukinira Super Eagles abandi bagahitamo gukinira Three-Lions. Amakuru atangazwa na Sky […]
U Bubiligi: Abanyarwanda baherutse gufatwa n’isano bafitanye n’umuryango wa Habyarimana
Igihugu cyo mu Burayi kugeza ubu gifite umubare munini w’imanza zerekeranye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, u Bubiligi buherutse gufata abandi bantu batatu, harimo babiri bari begereye umuryango wa Habyarimana, Aba bakekwa mu ntangiriro z’Ukwakira nibwo bajyanwe gufungwa mu gihe iperereza rigikomeje. Aba bakekwa batawe muri yombi mu gihe cyo gusaka kwabaye […]
Burundi: Leta yamaramaje gufunga ibiro by’Intumwa idasanzwe ya Loni
Guverinoma y’u Burundi yateye utwatsi mu nyandikomvugo icyifuzo cy’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye wokongerera igihe intumwa ye idasanzwe muri iki gihugu akazahaguma kugeza ku itariki 31 Ukuboza 2021. Guverinoma ya Gitega iravuga ipaje y’ibibazo byo mu 2015 byakurikiye icyemezo cya perezida Nkurunziza, kuri ubu utakiriho, yahinduwe kuva Perezida Evariste Ndayishimiye yamusimbura ku butegetsi. Nta kwibeshya muri […]
Alain Gauthier wareze Agatha Kanziga hari icyo yemeranya na we
Umuryango CPCR (Collectif des parties civiles pours le Rwanda ) uzwiho gukurikirana abagize uruhare muri Jenoside bahungiye mu Bufaransa, uravuga ko wemeranya na Agatha Kanziga, umufasha w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana, ku kuba iperereza akorwaho rikomeje gutinda, ugaragaza ko utishimiye ukuntu akomeje gucika ubutabera. Kanziga afatwa nk’umwe mu nkingi za mwamba z’icyahoze cyitwa […]
Igisirikare cya Uganda cyapfushije undi mujenerali
Igisirikare cya Uganda cyongeye gutakaza umusirikare mukuru wari ukuriye ubutegetsi n’abakozi witwa Brig. Gen. Emmanuel Mulindwa. Gen. Mulindwa yapfiriye kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatatu mu Bitaro bya Mulago nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa UPDF Brig. Flavia Byekwaso. Byekwaso yatangaje ko ko Gen. Mulindwa yapfuye mu masaha ya saa kumi z’umugoroba ariko ntiyagira byinshi atangaza ku […]
RDC: Indege y’ikigo gishinzwe kubungabunga ibidukikije yakoze impanuka
Indege nto yo mu bwoko bwa ‘petit porteur’ y’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (ICCN) muri Congo, yakoreye impanuka ahitwa Katale, muri Teritwari ya Rutshuru, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuri uyu wa Gatatu itariki 18 Ugushyingo 2020. Umupilote wari utwaye iyi ndege yahise apfa mu gihe abantu bane bari aho yaguye bakomeretse nk’uko bitangazwa […]
Amerika yashenye igisasu cyambukiranya imigabane (ICBM) cyari kivuye muri Aziya
Igisasu cya misile cyambukiranya imigabane (ICBM) cyasenyewe mu kirere n’ikindi cyarasiwe mu bwato bw’intambara ku nshuro ya mbere mu igeregeza ryagenze neza kuri uyu wa Kabiri, nk’uko byemejwe n’Ikigo gishinzwe Ubwirinzi bwa Misile cyo muri Amerika (MDA). Iki gisasu cyambukiranya imigabane cyarasiwe mu Birwa bya Marshall biherereye mu Nyanja ya Pasifika, hagati ya Hawaii na […]
Abanyarwanda baherutse kwirukanwa muri Congo basubiye mu miryango
Abanyarwanda bakabakaba 2000 bahungutse bava mu mashyamba ya Congo nyuma yo gucyurwa ku ngufu n’Igisirikare cya FARDC kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Ugushyingo mu gitondo, batangiye gusubizwa mu miryango yabo baturuka mu Nkambi ya Nyarushishi bari bamaze iminsi bacumbikiwemo. Imodoka 56 ni zo zavanye aba Banyarwanda 1885 muri iyi nkambi iherereye mu Karere ka […]
Un quatrième lot de réfugiés bloqués en Libye arrivera jeudi au Rwanda
Le quatrième groupe de 80 à 100 réfugiés et demandeurs d’asile qui étaient bloqués en Libye sera évacué vers le Rwanda ce jeudi 19 novembre 2020, s’ajoutant aux groupes précédents qui avaient été emmenés à partir de l’année dernière. L’accueil temporaire des réfugiés et demandeurs d’asile libyens s’inscrit dans le cadre du mécanisme de transit […]
Burundi: Ndayishimiye yasabye Imbonerakure kuba maso zikarinda igihugu abanzi
Perezida w’u Burundi yasabye Imbonerakure kurushaho kuba maso no gukaza amarondo zigakingira Abarundi abanzi zititaye ku bizivugwaho. Ibi yabitangaje mu gihe ishyaka CNDD-FDD riri kwizihiza icyumweru cyahariwe ‘intwari ku rugamba rw’amahoro na demokarasi’ cyatangiye kuri uyu wa Mbere ushize kizageza kuwa Gatandatu itariki 21 Ugushyingo. Abayobozi batandukanye ba CNDD-FDD bagarutse ku mateka y’uwahoze ari umutwe […]
Amwe mu maresitora akomeye mu Mujyi wa Kigali yafunzwe
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwafunze uburiro (Restaurants)bukomeye bugera kuri 12 nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe bwagaragaje ko zishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abazigana kubera ikibazo cy’isuku. Uburiro buzazamura ubuziranenge ndetse bukuzuza ibisabwa n’Umujyi wa Kigali birebana n’isuku buzemererwa kongera gufungura nyuma yo guhabwa uburenganzira. Muri resitora zasabwe gufunga harimo Billy’s, resitora yo mu rwego rwo hejuru iherereye […]
Njye na Bwana Zuma ntabwo dusabana kandi ntabwo twigeze dusabana – Umucamanza

Umucamanza Raymond Zondo yahakanye kwigiriza nkana ku wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, usaba ko yakurwa ku buyobozi bwa komisiyo ishinzwe kumukoraho iperereza kuri ruswa, kubera umubano bwite bafitanye. Imwe mu mpamvu Zuma yakoresheje mu busabe bwe bw’impapuro 100 ni umubano wa hafi n’umucamanza. Kuri uyu wa Mbere ariko, umucamanza, Zondo yabisenyeye imbere […]
L’ancien président du Sénat nommé chef de la mission d’observation de l’UA au Burkina Faso
L’ancien président du Sénat, Bernard Makuza, a été nommé par l’Union africaine (UA) à la tête de la Commission d’observation des élections de l’UA lors des élections générales au Burkina Faso prévues le 22 novembre. «Moussa Faki Mahamat, président de la Commission de l’Union africaine, je suis très honoré de la confiance que vous me […]
Twebwe iyo urebye tubona turi nk’inshuti z’u Rwanda – Umuturage wa Cyato
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Cyato, mu Karere ka Nyamasheke bibona nk’inshuti z’u Rwanda aho kuba Abanyarwanda bagendeye ku kuba bo batagezwaho ibikorwaremezo nk’abandi bitewe n’umuhanda uhuza imirenge ine yo muri aka karere wangiritse ku buryo bigorana guhahirana ndetse hagira umurwayi ushaka kujya kwivuriza ku bitaro bikagora imbangukiragutabara guca muri uwo muhanda. Usibye […]
Perezida Chakwera yaba yarasuzuguriwe muri Afurika y’Epfo
Igihugu cya Malawi cyarakajwe bikomeye n’ukuntu perezida wacyo, Lazarus Chakwera yafashwe n’abayobozi ba Afurika y’Epfo nyuma yo kumukekaho gushaka gucikisha umuvugabutumwa wo kuri televiziyo ukurikiranwe n’ubutabera bwa Afurika y’Epfo bigatuma indege ye imara amasaha agera kuri arindwi yafatiriwe ku Kibuga cy’indege. Perezida Lazarus Chakwera wagiye ku butegetsi muri Kamena 2020, yakoze uruzinduko rwe rwa mbere […]
Gatsibo: Bahangayikishijwe n’ubujura bukabije bwo mu ngo no mu mirima
Abaturage bo mu Murenge wa Kabarore, mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, babangamiwe n’ubujura bugenda bufata intera, aho umuntu ufite imyaka mu murima yenda kwera bimusaba kuyirarira kugirango azabashe kugira icyo aramura ndetse no mu ngo ahenshi bakaba batagisinzira, ikibazo ubuyobozi bw’akarere bwemeza ko gihari ariko bwagifatiye ingamba. Umuntu wese uvuganye nawe muri uyu […]
Uganda: Abaganga batandukanyije impanga zavutse zifatanye

Itsinda ry’abaganga bo mu Bitaro by’Igihugu by’Icyitegererezo bya Mulago mu gihugu cya Uganda, babashije gutandukanya abana b’impanga bavutse bafatanye. Aya makuru yahishuwe kuri uyu wa Kabiri n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Diana Atwiine uvuga ko iki gikorwa cyo gutandukanya izi mpanga cyatwaye amasaha 20 nubwo nta byinshi yazitangajeho. Nk’uko amafoto yashyizwe ahagaragara abigaragaza, izi […]
Paris: Kanziga yongeye gusaba guhagarika iperereza akorwaho
Umupfakazi w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana, yajuririye icyemezo cy’umucamanza w’Umufaransa cyo gukomeza kumukoraho iperereza ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 nk’uko byatangajwe n’umwunganizi we mu mategeko kuri uyu wa Mbere. Agathe Kanziga ashakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya jenoside ariko mu Bufaransa afatwa nk’umutangabuhamya ufashwa cyangwa “assisted witness” […]
Lille: Umufaransa ushinjwa gukorera iterabwoba Abayisilamu mu rukiko

Kuri uyu wa Kabiri, impirimbanyi y’Umufaransa iratangira kuburanishwa n’urukiko rw’u Bufaransa nyuma yo gushinjwa icyaha cyo gushishikariza iterabwoba ku Bayisilamu no gukomeretsa bikabije, hashingiwe ku bimenyetso byakusanyijwe mu iperereza ryakozwe na Al Jazeera. Rémi Falize, w’imyaka 33, wahoze ayoboye ishami rya Lille ry’abahezanguni b’Abanyaburayi biyemeje guca abimukira ari nako bakomeza gukongeza urwango rizwi nka Generation […]
Musanze: Inyubako y’ubucuruzi yahiye irakongoka
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru ahagana saa moya n’igice, inyubako y’ubucuruzi iherereye mu Mudugudu wa Gakoro, Akagari ka Rwambogo, mu Murenge wa Musanze, ho mu Karere ka Musanze, yafashwe n’inkongi y’umuriro yatewe n’iturika rya gaz irashya irakongoka ibyari birimo byose biba umuyonga. Ni inyubako y’imiryango itanu yegeranye na Kaminuza INES Ruhengeri bivugwa ko yubatswe […]
Canada: Un monument en l’honneur des victimes du génocide contre les Tutsis
La communauté rwandaise de Hamilton, au Canada, a dévoilé samedi 14 novembre, un monument en l’honneur des plus d’un million de vies perdues dans le génocide de 1994 contre les Tutsis. Le développement a été annoncé via Twitter par la communauté rwandaise au Canada. Prosper Higiro, le Haut Commissaire du Rwanda, a honoré la cérémonie […]
Zari yakurijeho abantu bibazaga ko yaba agiye gusubirana na Diamond
Nyuma y’iminsi yari amaze muri Tanzania, aho yari yarajyanye abana gusura Diamond Platnumz babyaranye, kuri ubu Zari The Boss Lady yamaze gusubira muri Afurika y’Epfo aho atuye ndetse yakurijeho abibwiraga ko aba bombi baba bagiye gusubirana avuga ko usibye no gusubirana atabitekereza, icyo yifuza ari uko bombi bakomeza kuba ababyeyi b’abana babo ariko ibyo gusubirana […]
Amateka y’Igisirikare cy’u Rwanda kuva cyabaho kugeza uyu munsi

Mbere y’uko Igisirikare cy’u Rwanda, tuzi uyu munsi nka RDF (Rwanda Defence Forces), gifata iri zina, cyabanje kwitwa FAR (Forces Armées Rwandaises ), kikaba cyarashinzwe imyaka 2 mbere y’uko u Rwanda rubona ubwigenge mu 1962, tugiye kubavira imuzingo amateka yacyo kuva cyashingwa kugeza aho kigeze ubu nk’uko tubikesha amavomo atandukanye. Igitabo cy’igisirikare cya Amerika kiswe […]
Umugande wari ufungiye mu Rwanda yasubijwe iwabo ku mpamvu z’umutekano
Umugande Charles Tusubira,wari umaze iiminsi afungiye mu Rwanda, kuri uyu wa Gatandatu yasubijwe iwabo n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Abinjira n’Abasohoka, nyuma yo gusanga yari abangamiye umutekano w’igihugu. Twari tumaze iminsi tubagezaho inkuru zivuga kuri uyu Mugande, nk’itabwa muri yombi rye ryabereye aho yari atuye ku Kicukiro, iby’umuryango we wasabaga Guverinoma za Uganda kubigiramo uruhare akarekurwa mu […]
Laguna Motel yafunzwe nyuma yo gufatiramo abasaga 130 binezeza batitaye kuri Covid-19
Abantu basaga 130 biganjemo urubyiruko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo kubasanga binezeza banywa inzoga, abandi babyina muri Laguna Motel iri mu Karere ka Nyarugenge, ahazwi nko mu kiyovu cy’abakene batitaye ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Polisi yabaguye gitumo bituma bamwe bahita birukira mu […]
Abagande 3 barashinjwa kwiba asaga miliyari muri banki yo muri Zambia
Abagande batatu bafatanyije na bagenzi babo bo muri Zambia bafatiwe i Lusaka bazira kwinjira muri sisitemu yo kuzigama ya banki bakiba miliyoni 14,3 z’Ama-Kwacha, angana na miliyari 2,9 z’Amashilingi ya Uganda. Bose uko ari batandatu bashinjwe iyezandonke n’ibindi byaha bifitanye isano nk’uko itangazo ryasohowe kuwa Gatanu n’ishami rishinzwe kurwanya iyezandonke muri Zambia rivuga. Abatawe muri […]
Uko Israel yari igiye guturitsa stade yo muri Liban ishaka Yasser Arafat

Inzego z’ubutasi za Israel zigeze gutegura kwica uwahoze ari umuyobozi wa Palestina, Yasser Arafat n’abandi bayobozi b’umutwe uharanira kubohoza Palestina, PLO (Palestinian Liberation Organisation) zibinyujije mu guturitsa Stade yo muri Liban mu myaka ya 80 ariko umugambi ntiwashyirwa mu bikorwa nk’uko amakuru mashya yagiye ahagaragara avuga. Iki gikorwa cy’ibanga byari byateganijwe ko kizaba muri Mutarama […]
Ibikorwa by’urugomo n’itotezwa byakorewe Abatutsi mu Ruganda rw’Icyayi rwa Gisakura
Uruganda rw’Icyayi rwa Gisakura ruherereye mu yahoze ari Komini Kagano ubu ni mu Murenge wa Bushekeli, Akarere ka Nyamasheke. Mu 1994, ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yashyirwaga mu bikorwa, uruganda rwa Gisakura rwayoborwaga na Mubiligi Anatole wakomokaga ku Gikongoro mu yahoze ari Komini Karambo i Bunyoma, ubu ni mu Murenge wa Kibumbwe, Akarere ka Nyamagabe. Ni […]
Ibihugu 5 bya mbere muri Afurika bifite igisirikare cya ntakigenda

Igisirikare gifatwa nk’igice cy’ingenzi ku gihugu n’umutekano wacyo. Buri mwaka, ibihugu bitanga ingengo y’imari nini yo kurwanya no kurinda ubutaka bwacyo. Buri gihugu gifata ingamba zidasanzwe mu rwego rwo gukomeza ingufu mu bya gisirikare. Nyamara, biragoye kugereranya imbaraga za gisirikare z’ibihugu bitandukanye. Global Fire Power Index yashyize ku rutonde ingabo z’ibihugu bya Afurika ikoresheje ibipimo […]
Islamic State yigambye igitero cyaguyemo abasirikare basaga 10 ba Burkina Faso
Umutwe w’Iterabwoba wa Islamic State kuri uyu wa Gatandatu wigambye ko ari wo wateze igico cyiciwemo abasirikare 14 ba Burkina Faso hagati muri iki cyumweru dusoza mu gihe muri iki gihugu hitegurwa amatora muri uku kwezi. Ishami rya Islamic State muri Greater Sahara mu butumwa bwatambutse kuri televiziyo yayo Amaq News, ryavuze ko ari ryo […]
Imodoka zifite ibirango byo mu mahanga n’izitemewe zikomeje gufatwa na RRA

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, kimaze gufata imodoka zigera kuri 34 z’Abanyarwanda baba mu Rwanda ariko zifite ibirango (plate numbers) byo mu mahanga. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Gatanu ushize, RRA yavuze ko imodoka z’Abanyarwanda baba mu Rwanda zigomba kuba zifite ibirango byo mu Rwanda. RRA ivuga ko nyinshi mu modoka yafashe ari […]
Eritrea ishobora kwisanga mu ntambara hagati ya Ethiopia na Leta ya Tigray
Intambara ikomeje kumvikana hagati ya Guverinoma ya Ethiopia n’ishyaka TPLF riri u butegetsi mu Ntara ya Tigray yatangiye no kugira ingaruka ku gihugu cya Eritrea gishobora kuyivangamo nyuma y’aho hari ibisasu bikomeje kuva muri iyi ntara biraswa mu nkengero z’umurwa mukuru Asmara. Ibinyamakuru bitandukanye muri Eritrea n’abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu bavuze ko ibisasu […]
Burera: Abaturiye umupaka begerejwe ibicuruzwa byabajyanaga muri Uganda

Abaturage bo mu mirenge y’Akerere ka Burera ikora ku mupaka w’u Rwanda na Uganda akanyamuneza ni kose nyuma yuko begerejwe ibicuruzwa byabambutsaga umupaka bajya kubishaka muri Uganda ku giciro giciriritse. Ubwo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 14 Ugushyingo, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yasuraga abaturage bo mu Karere ka Burera baturiye umupaka w’u Rwanda […]
I Kinshasa hashobora kuba akantu muri iyi weekend
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 14 Ugushyingo i Kinshasa hashobora kuba akantu nyuma y’aho abayoboke b’ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi n’urubyiruko rushyigikiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bose bateganya imyigaragambyo ikomeye kuri uyu munsi. Ishyaka rya Perezida Tshisekedi rizaba riri mu muhanda mu rwego rwo gushyigikira ibikorwa yatangije ku […]
Asaga miliyoni 300 yavuye mu bukerarugendo 2018 – 2019 yaburiwe irengero
Miliyonizi zisaga 300 z’amanyarwanda zavuye mu bukerarugendo hagati ya Kanama 2018 na Mutarama 2019 ntihazwi aho yarengeye mu gihe amakosa yo kudaha agaciro ubusesenguzi bwakozwe n’inzobere yatumye BDF yishyura asaga ½ cya miliyari ku mishinga yahombye. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane, ubwo Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite iyobowe na Nyakubahwa Mukabalisa Donatile, yagezwagaho raporo ya […]
Goma: Umusirikare yafatanwe imbunda yashakaga kugurisha abagizi ba nabi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 13 Ugushyingo 2020, mu gace ka Mabanga, mu Mujyi wa Goma, hafatiwe umusirikare wa FARDC ushinjwa kugurisha imbunda ku bagizi ba nabi. Uyu musirikare witwa Mbula Ebengo, yafashwe afite imbunda enye za AK47, zirimo eshatu yari atunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko yiteguraga kugurisha ku bagizi ba nabi […]
Umuherwe Kanyamunyu yakatiwe imyaka 5 y’igifungo, umukunzi we akurwaho ibyaha
Umuherwe Mathew Kanyamunyu wo mu gihugu cya Uganda yakatiwe imyaka 5 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica uwitwa Kenneth Akena mu mwaka wa 2016, umukunzi we, Umurundikazi Cynthia Munwangari, akurwaho ibyaha. Kanyamunyu yahawe iki gihano nyuma y’amasezerano yo kwemera icyaha yagiranye n’ubushinjacyaha. Inshuro nyinshi yagiye agaragara mu rukiko, Kanyamunyu n’Umurundikazi w’umukunzi we, Cynthia Munwangari, […]
Nyabugogo: Bimwe mu bibazo by’ingutu byugarije abatwara abagenzi ku magare

Bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu ku magare Nyabugogo ahazwi nka Discentre barataka ibibazo bitandukanye barimo kugenda bahura nabyo muri iki gihe cya Covid-19 nko kubura abakiriya, guhohoterwa n’abanyerondo, abashinzwe umutekano babashinzwe, ibikoresho basabwe kuba bafite bakishyura bakaba batarabibona n’ibindi. Ubwo umunyamakuru wa Bwiza TV yageraga aha, yasanze amagare amwe n’amwe ari gufatwa n’abashinzwe […]
RDC: Guverineri wa Maniema yateye utwatsi ibyo kweguzwa ku mirimo ye
Guverineri w’Intara ya Maniema, Auguy Musafiri, wavanwe ku mirimo ye n’abadepite bo muri iyi ntara adahari kuwa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo 2020, aravuga ko yiteguye gusubira mu ntara ye kandi agakomeza imirimo ye. Guverineri Musafiri kuri ubu ari i Kinshasa aho yatumiwe yitabire inama zigamije gukusanya ibitekerezo mu nzego zitandukanye zatangijwe n’umukuru w’igihugu, Félix Antoine […]
Madeleine Nirere nommée nouvelle ombudsman
Une réunion du cabinet tenue, mercredi le 11 novembre, a nommé Madeleine Nirere en tant que nouvelle Ombudsman et le Dr Christian Sekomo Birame en tant que nouveau directeur général de l’Agence nationale de recherche et de développement industriels (NIRDA), entre autres nominations. Nirere remplace l’ancien premier ministre Anastase Murekezi qui occupait le rôle depuis […]
Polisi yerekanye abakozi ba yo bashinjwa kurya ruswa muri Contrôle Technique
Abapolisi babiri banambaye impuzankano y’umwuga wabo ndetse n’umusivile bakurikiranweho icyaha cya ruswa beretswe itangazamakuru kuri uyu wa Kane bose bambitswe amapingu. Aba bapolisi biravugwa ko barya ruswa kugira ngo batange ibyangombwa byerekana ko umuntu yakoresheje isuzuma ry’ikinyabiziga. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera, yavuze impamvu aba bashinzwe umutekano bahujwe n’uyu muturage. Ati: “Aba […]
Israel yagurishije Igisirikare cya Amerika uburyo bukataje bw’ubwirinzi bwa misile

Israel yamaze gushyikiriza Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika radars zo mu bwoko bwa MMR (Multi-Mission Radars) zizajya zikoresherezwa hamwe n’uburyo bw’ubwirinzi bw’ibitero bya missiles buzwi nka “Iron Dome missile defence system’ bwaguzwe na Pentagon muri Kanama 2019. Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyakiriye MMR ya mbere yubatswe na ELTA Systems, ikigo […]
Umuryango w’Umugande Tusubira urasaba Guverinoma y’u Rwanda kumugeza mu rukiko
Umuryango wa Charles Tusibura, Umugande bivugwa ko afungiye mu Rwanda kuva ku itariki 27 Ukwakira urasaba Guverinoma ya Uganda kugira icyo ikora kugirango afungurwe, ukanasaba iy’u Rwanda kumugeza mu rukiko niba hari icyaha yakoze. Tusubira w’imyaka 39 ni we nyiri ikigo Kleenville Media gikora ibijyanye n’ubushabitsi bw’amasoko no kwamamaza gikorera mu Rwanda kuva mu 2011. […]
50% by’Abanyakigali banenga serivisi z’amazi, benshi ntibazi gahunda nka VUP na Girinka

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo 2020, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwamurikiye abayobozi mu nzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa mu iterambere mu Mujyi wa Kigali, ishusho y’uko abaturage babona imitangire ya serivisi (Citizen Report Card-CRC 2020), aho serivisi z’amazi ari zo ziza imbere mu kunengwa n’Abanyakigali, mu gihe benshi batazi ibijyanye na gahunda zo kwita ku […]
Burundi: Amanyanga muri cyamunara y’imitungo y’abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi

Guhera kuri uyu wa Kabiri ushize mu gihugu cy’u Burundi hari kuba cyamunara itarimo kuvugwaho rumwe y’imitungo igizwe n’ibikoresho byo mu nzu n’amazu by’abantu bakurikiranwe muri dosiye yo kugerageza guhirika ubutegetsi mu 2015, aho itangazamakuru ritemerewe kuyikurikirana, ndetse bikaba bivugwa ko iyo mitungo yamaze kugurwa n’abantu batiriwe banagaragara mu ipiganwa. Mu marembo y’inyubako ikoreramo minisiteri […]
RDC: Abadepite birukanye ku kazi Guverineri wa Maniema
Abadepite 15 muri 21 b’Intara ya Maniema kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Ugushyingo, batoye kwirukana Guverineri w’iyi Ntara, Auguy Musafiri utari uhari ubwo amatora yabaga. Guverineri Musafiri arashinjwa amakosa menshi arimo amacakubiri ashingiye ku bwoko, gucunga nabi umutungo no kuwunyereza nk’uko tubikesha urubuga 7SUR7.CD. Iyi nkuru ikaba ishimangira ko amatora yabaye guverineri w’intara adahari […]
Musanze: Un médecin arrêté pour profanation et meurtre d’une jeune fille de 17 ans
Le Bureau d’enquête du Rwanda (RIB) a confirmé l’arrestation du Dr Jean de Dieu Maniriho pour avoir prétendument profané et assassiné plus tard Emerence Iradukunda, 17 ans, dans le district de Musanze. Maniriho, un dentiste de la clinique Mpore, une clinique privée de Musanze, est également soupçonné d’avoir tenté de pratiquer un avortement sur Iradukunda […]
Musanze: RIB iri gushakisha uwishe umwana w’imyaka 10 agahita acika

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rurimo gushakishwa uwitwa Izabayo Theodore, wo mu Karere ka Musanze ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana w’imyaka 10 agahita acika. Ni icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, mu Ntara y’Amajyaruguru kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Ugushyingo 2020. Itangazo rishakisha ryashyizwe ahagaragara na […]
Rubavu: Ku myaka 19 afite impano yo gukora imbunda

Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye ry’ubugeni rya Nyundo, Imena Benoit , wo mu Karere ka Rubavu, afite inzozi zo kuzakora imbunda za nyazo, nubwo kuri ubu arimo arakora ibisa nkazo kubera ikibazo cy’ibikoresho n’amikoro, akoresheje ibipapuro n’ibikarito byashaje, zikaba zirimo kwifashishwa mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye, ku buryo uzibonye adapfa kubona ko atari imbunda za nyazo. […]
Musanze: Umuganga arakekwaho gutera inda no kwica umukobwa w’imyaka 17
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruremeza ko rwataye muri yombi Dr Jean de Dieu Maniriho, umuganga wo mu Karere ka Musanze ukurikiranweho gusambanya umukobwa w’imyaka 17 witwa Emerence Iradukunda yarangiza akamwica. Maniriho ni umuganga w’amenyo ukora kuri Mpore Clinic, ivuriro ryigenga ryo mu Karere ka Musanze, unashinjwa kugerageza gukuriramo inda Iradukunda nyuma yo kumenya ko yayimuteye. […]
RDC: Haravugwa isarurwa ritemewe ry’ibiti bitukura birengera mu Rwanda

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa ibiti by’umutuku byaba birimo kubyazwa umusaruro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bikavanwa mu Murenge wa Maringa, muri Teritwari ya Kasongo mu Ntara ya Maniema, aho binyura muri Kivu y’Amajyepfo ngo bikarengera mu Rwanda. Ibi byatangajwe ku itariki 09 Ugushyingo 2020 na Iyalu Osenge, umuyobozi w’uyu murenge wa Maringa nk’uko […]
Imitangire mibi ya serivisi ishobora kuzagira ingaruka zikomeye ku gihugu – Inzobere
Inzobere mu by’ubukungu zisanga imitangire mibi ya serivisi, muri leta n’abikorera, ishobora kuba intandaro yatuma igihugu kitagera ku ntego zikubiye muri gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere, NST, no mu cyerekezo 2050, nkuko bitangazwa na Dr. Felicien Usengumukiza ukuriye ishami rishinzwe ubushakashatsi n’ubugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere, RGB. Ibi biravugwa mu gihe urwego rwa serivisi rwihariye […]
Burundi: Imbonerakure yishwe iciwe umutwe
Umuntu umwe bivugwa ko ari Imbonerakure yishwe aciwe umutwe n’abantu bikekwa ko ari bagenzi be, mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize rishyira kuwa Mbere ku musozi wa Mukaka, Zone Buhoro, Komini Mabayi, mu Ntara ya Cibitoke. Amakuru agera ku rubuga rwa RPA, aravuga ko uyu wishwe ari uwitwa Evariste Nyandwi, wabarizwaga mu rubyiruko rw’ishyaka riri […]
Donald Trump agiye gusiga yirukanye uwari minisitiri w’ingabo
Mu gihe asigaje amezi atageze kuri abiri ngo asohoke muri White House, Perezida Donald Trump asize yirukanye uwari minisitiri w’ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mark Esper. Ibi Perezida Donald Trump yabitangaje kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Ugushyingo abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter. Perezida Trump kandi yatangaje ko Christopher Miller, wari ukuriye […]
Procès Rusesabagina: Audience d’appel poussée à la demande de l’accusé
Le tribunal intermédiaire de Nyarugenge a pour la deuxième fois reporté l’audience en appel de Paul Rusesabagina, à la demande du suspect parce que son avocat n’était pas présent. La semaine dernière, Rusesabagina avait demandé que son audience soit reportée au mardi 10 novembre, affirmant qu’aucun de ses avocats n’était disponible à l’époque. Avant l’audience […]
Maroc / Covid19 : Lancement d’une opération nationale d’envergure de vaccination contre la pandémie
Sa Majesté le Roi Mohammed VI du Maroc a présidé, lundi 09 novembre 2020 au Palais Royal de Rabat, une séance de travail consacrée à la stratégie de vaccination contre la Covid-19, qui s’inscrit dans le cadre du suivi continu par le Souverain de l’évolution de la pandémie et des mesures prises dans le cadre […]
Gatsata: Abakora uburaya barasaba amakarita y’akazi
Bamwe mu bakora akazi ko kwicuruza ahitwa mu Kiderenka, mu Murenge wa Gatsata, ho mu Karere ka Gasabo, bavuga ko ubuzima bwabaye bubi kubera Covid-19, barifuza ko ubuyobozi bwabaha amakarita yemeza icyo bari cyo bakajya gushakira no mu tundi turere. Umwe muri aba waganiriye n’umunyamakuru wa Bwiza TV, witwa Iradukunda avuga ko mbere abakiriya babaga […]
Amadou Toumani Toure wahoze ari Perezida wa Mali yapfuye ku myaka 72
Gen. Amadou Toumani Toure wahoze ari Perezida wa Mali, washimiwe imbaraga yashyize mu gukurikira demokarasi muri iki gihugu mbere yo guhirikwa ku butegetsi n’abasirikare mu 2012, yapfuye ku myaka 72 nk’uko byatangajwe n’umuryango we kuri uyu wa Kabiri. Mwishywa we witwa Oumar Toure yabwiye AFP ati: “Amadou Toumani Toure yapfiriye mu ijoro ryo kuwa Mbere […]
USA: Jill Biden arashaka gukora amateka atarakozwe n’undi mufasha wa perezida

Mu gihe umugabo we, Joe Biden ari mu myiteguro yo kujya muri White House, umufasha we, Dr. Jill Biden ugiye kuba umugore wa mbere muri Amerika, we arateganya gukora amateka yo kuba umufasha wa perezida wa mbere ushaka kuzaguma mu kazi ke ka buri munsi. Ku myaka ye 69, Jill Biden agiye kuba umugore wa […]