Cristiano Ronaldo yishongoye kuri Wayne Rooney, Manchester United imuca arenga Frw miliyari
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yasubije Wayne Rooney yashinje kumugirira ishyari, nyuma y’uko uriya Mwongereza yari yarakunze kumujora. Rooney na Cristiano bombi bakinannye muri Manchester United kuva muri 2004, mbere y’uko uyu wa nyuma ayivamo muri 2009 yerekeza muri Real Madrid yo muri Espagne. Mbere y’uko aba bombi batandukana, batwaranye na Manchester United ibikombe bitandukanye birimo bitatu […]
M23 yaba yamaze kwibikaho drones za gisirikare
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umutwe wa M23 watangiye kwifashisha drones za gisirikare, mu mirwano uhanganyemo n’Ingabo za Congo Kinshasa. Drones ebyiri z’uyu mutwe bivugwa ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere zabonwe ahitwa Pena mu Rutshuru, gusa nta wuramenya inkomoko y’izi ndege nto zitagira abapilote. Aha mu Rutshuru […]
Umudepite watumye Perezida Kagame yibasira abapolisi ku bw’ubusinzi yeguye
Gamariel Mbonimana wari umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yamaze kwegura nyuma yo kunengwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kubera ubusinzi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga 2022 ni bwo inkuru y’ubwegure mu nteko bwa Depite Mbonimana wari uhagarariye Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (PL) yamenyekanye. […]
Cristiano Ronaldo yashinje Man United kumugambanira, yibasira cyane Ralf Rangnick na Ten Hag
Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yashinje ikipe ya Manchester United asanzwe akinira kumugambanira, yibasira bikomeye Umudage Ralf Rangnick wahoze ari umutoza wayo w’agateganyo na Erik ten Hag wamusimbuye. Cristiano yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Piers Morgan, mbere yo gusohoka mu kinyamakuru The Sun. Ni Cristiano wagaragaje ko Manchester United itaratera imbere na gato kuva muri […]
Twitter yahagaritse kugurisha ‘Blue tick’ nyuma y’uko abarimo ‘Yezu’ na ‘Shitani’ bayihawe
Urubuga rwa Twitter rwabaye ruhagaritse gutanga ‘Blue tick’ (akarango k’ubururu kerekana konti nyazo), nyuma y’akajagari no guha kariya karango konti nyinshi mpimbano kubera ko benezo babashije kwishyura ikiguzi cyashyizweho. Mu busanzwe ikiguzi cyo kugira abafite konti za Twitter bahabwe ‘Blue tick’ ni $8; nk’uko amabwiriza ba nyiri ruriya rubuga baheruka gushyiraho abivuga. Ni amabwiriza yashyizweho […]
Abakomando ba mbere ba Kenya bageze i Goma
Itsinda rya mbere ry’abasirikare bo mu ngabo za Kenya ryamaze kugera i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu bikorwa bigamije gufasha Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwigobotora imitwe yitwaje intwaro. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo aba basirikare bageze ku kibuga cy’indege cy’i Goma, bakirwa na Gen. Maj Chico Tshitambwe usanzwe ari […]
Lieutenant Colonel Sengabo yaguye mu mirwano ya FARDC na M23
Lieutenant Colonel Sengabo Faustin wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yiciwe mu mirwano n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Amakuru aturuka muri Congo avuga ko uyu musirikare mukuru yiciwe ahitwa Rugari ho muri Teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije M23 n’Ingabo za Congo Kinshasa […]
RDC yabwiye M23 ibintu 4 isabwa kugira ngo bemere kwicarana ku meza y’ibiganiro
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ingingo enye zisabwa kugira ngo yemere kuganira n’umutwe wa M23, zirimo iy’uko uyu mutwe ugomba kuva mu duce twose wigaruriye. Ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, Christophe Lutundula Apala; mu kiganiro yaraye agiranye n’itangazamakuru. Muri iki kiganiro Lutundula yongeye kugaragaza M23 nk’umutwe w’iterabwoba, bityo ko […]
Igikomeye Haringingo abona Kiyovu Sports yarushije Rayon Sports atoza
Umutoza Haringingo Francis Christian w’ikipe ya Rayon Sports asanga igikomeye Kiyovu Sports yarushije ikipe ye amahirwe, ari na yo yatumye iyitwara amanota atatu mu mukino baraye bahuriyemo. Kiyovu Sports yari yakiriye Rayon Sports kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona warangiye iyitsinze ibitego 2-1. Ni ibitego byatsinzwe mu gice […]
João Lourenço yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame mbere yo kujya kuganira na Tshisekedi
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yaraye yakiriye mugenzi we João Lourenço wa Angola wari mu Rwanda, bagirana ibiganiro. Ku gicamunsi cy’ejo ku wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo ni bwo Lourenço yageze i Kigali, yakirwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Prof. Nshuti Manasseh. Ku mugoroba ni bwo yakiriwe muri Village Urugwiro na Perezida […]
Amasomo mu Rwanda hose agiye kujya atangira 8:30 z’igitondo, akazi gatangire 9:00
Guverinoma y’u Rwanda yagennye ko amasomo mu mashuri yose mu Rwanda agomba kujya atangira saa mbili n’igice z’igitondo, akazajya arangira saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ni umwanzuro wafatiwe mu nama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, ikaba yari iyobowe na Perezida Paul Kagame. Iyi nama yemerejwemo amasaha y’amasomo mu […]
Kiyovu Sports yasubiriye Rayon Sports, iyambura umwanya wa mbere muri shampiyona
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na Kiyovu Sports ibitego 2-1, yuzuza umukino wa gatanu wikurikiranya itazi uko gutsinda uyu mukeba wayo bimera. Kiyovu Sports yari yakiriye Rayon Sports kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona. Ni umukino amakipe yombi yahuriyemo, mu gihe yari yabanje guhigana ubutwari. Nka Rayon Sports […]
M23 yatwitse ibifaru bya FARDC, ikindi kimwe iracyigarurira
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu watangaje ko watwitse ibifaru bibiri by’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), ikindi kimwe uza kucyigarurira. Ni nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije impande zombi mu bice bitandukanye bya Teritwari ya Rutshuru, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ingabo za Congo Kinshasa nyuma yo kugaba ibitero kuri uriya mutwe zifashishije […]
Sadio Mané yahamagawe mu bakinnyi Sénégal yitabaje mu gikombe cy’Isi
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sénégal ‘Les Lions de la Téranga, Aliou Cissé, yahamagaye abakinnyi 26 azifashisha mu gikombe cy’Isi barimo rutahizamu Sadio Mané. Uyu rutahizamu wa Bayern Munich byari bimaze igihe bivugwa ko ashobora kutazakina imikino y’Igikombe cy’Isi, nyuma yo kuvunikira mu mukino wa shampiyona y’Abadage Bayern Münich iheruka kunyagiramo Werder Bremen ibitego 6-1. Perezida […]
Imiryango y’abarimo Umunyarwandakazi baguye mu mpanuka y’indege yo muri Tanzania yemerewe indishyi y’arenga Frw miliyari 170
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yamaze gutegura angana na $ miliyoni 170 (arenga Frw miliyari 170), nk’indishyi zo guha imiryango y’abantu 19 baheruka kugwa mu mpanuka y’indege yahanutse ikagwa mu kiyaga cya Victoria. Ku Cyumweru gishize ni bwo iyo ndege itwara abagenzi ya Sosiyete ya Precision Air yakoze impanuka ivuye i Dar es Salaam, ubwo […]
Perezida João Lourenço ategerejwe i Kigali kubera ibibazo by’u Rwanda na RDC
Perezida João Lourenço wa Angola ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, mu ruzinduko biteganyijwe ko rugomba gusiga abonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame. Amakuru y’uru ruzinduko yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Amb. Tete António; mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter ku mugoroba w’ejo ku […]
Rayon Sports barahiriye gushyingura Kiyovu Sports imaze imikino 4 yikurikiranya ibariza
Abahuriga b’ikipe ya Rayon Sports, barahiriye gushyingura mukeba wayo Kiyovu Sports; mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo amakipe yombi atane mu mitwe. Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, ni bwo ubwatsi bw’ikibuga cya Stade ya Kigali i Nyamirambo buzatangira guca urubanza rw’aba bakeba babiri. Ni umukino […]
Perezida Kagame yirukanye Gatabazi JMV ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane yirukanye Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuza Musabyimana Jean Claude. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, rivuga ko “ashingiye ku biteganywa n’Itegekonshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya […]
Mushiki wa Joseph Kabila yasabye ko u Rwanda rwagirana ibiganiro na FDLR
Jaynet Kabila, mushiki wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye ko Leta y’u Rwanda ko yagirana ibiganiro n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR ngo kuko ari abaturage bayo. Uyu mudepite usanzwe ari impanga ya Joseph Kabila yabitangarije muri Afurika y’Epfo, ubwo yari mu nteko y’abadepite b’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. FDLR […]
U Bufaransa bwatangaje 25 buzaserukana muri Qatar batarimo Pogba na Kanté
Umutoza Didier Deschamps w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Les Bleus, yamaze guhamagara abakinnyi 25 azitabaza mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 batarimo Paul Pogba na N’golo Kanté. Ni imikino kuri ubu ibura iminsi 10 igatangira mu mijyi itandukanye y’igihugu cya Qatar. U Bufaransa bufite Igikombe cy’Isi giheruka gukinirwa mu Burusiya, kuri ubu buherereye mu itsinda rya […]
Imikino 7 yihiritse Marines FC itazi uko intsinzi imera nyuma yo kwihereranwa na Gasogi
Ikipe ya Marines FC yatsinzwe na Gasogi United ibitego 2-1, yuzuza imikino irindwi ya shampiyona y’icyiciro cya mbere itarabasha kubona amanota atatu. Iyi kipe y’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu mazi yari yakiriye Gasogi United, mu mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu. Igitego cyo ku […]
Sadio Mané ntabwo agikinnye Igikombe cy’Isi
Umunya-Sénégal Sadio Mané ntagikiniye ikipe y’igihugu cye mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022, nyuma y’imvune ikomeye yaraye agize. Uyu rutahizamu Sénégal yagenderagaho yaraye avunikiye mu mukino wa shampiyona y’Abadage Bayern Münich asanzwe akinira yanyagiyemo Werder Bremen ibitego 6-1. Ikinyamakuru L’Equipe cyatangaje ko Mané yacitse umutsi w’inyuma ku gatsitsino, bityo akaba agomba kumara ibyumweru byinshi adakandagira […]
Indege z’intambara za FARDC zatangiye gusuka amabombe ku birindiro bya M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangiye kurasa ibirindiro by’umutwe wa M23 cyifashishije indege zacyo z’intambara. Izi ndege zirimo izo mu bwoko bwa Sukhoi-25 zatangiye kurasa ibirindiro by’uriya mutwe nk’uko byemejwe na Lawrence Kanyuka, Umuvugizi wawo mu bya Politiki. Mu butumwa Kanyuka yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko M23 igomba kwirwanaho. […]
Perezida Samia yahembye kwinjiza mu ngabo za Tanzania umurobyi uheruka gukora igikorwa cy’ubutwari
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, yinjije mu ngabo z’iki gihugu umusore ukiri muto w’umurobyi uheruka kurokora abantu 24, nyuma y’uko indege barimo ikoze impanuka ikagwa mu kiyaga cya Victoria. Mu iteka Perezida Samia yaciye ku wa Mbere tariki ya 07 Ugushyingo, yategetse ko uriya musore witwa Jackson Majaliwa yinjizwa muri Brigade y’Ingabo za Tanzania […]
Museveni yakoze impinduka mu ngabo za Uganda zirwanira mu kirere
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, yakoze impinduka mu gisirikare zasize ashyizeho Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere mushya. Uwagizwe Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira mu kirere ni Maj. Gen Charles Okidi nyuma yo kuzamurwa mu ntera akagirwa Lt. Gen. Uyu yasimbuye kuri uyu mwanya Lt. Gen. Charles Lutaaya […]
U Rwanda rwasabye RDC kurekura abaturage barwo bafunzwe na ANR ‘byihuse kandi nta mananiza’
Guverinoma y’u Rwanda iherutse kumenyesha iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko hari Abanyarwanda babiri bafungiwe muri iki gihugu, iyisaba ko barekurwa byihuse nta n’amananiza. Abafunzwe nk’uko Jeune Afrique dukesha iyi nkuru yabitangaje; barimo Dr Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe, bafungiwe muri Congo Kinshasa kuva ku wa 30 Kanama ubwo batabwaga muri yombi. Iki gitangazamakuru […]
Liverpool yahawe andi mahirwe yo kwihorera kuri Real Madrid, Man United yisanga na Barça muri Europa
Tombora y’uko amakipe agomba guhura muri ? cy’irangiza cya UEFA Champions league, yasize ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne itomboye Liverpool yo mu Bwongereza. Ni amakipe yombi agiye kongera guhura mu gihe muri Gicurasi uyu mwaka yahuriye ku mukino wa nyuma wasize Real Madrid itwaye igikombe, nyuma yo gutsinda Liverpool igitego 1-0. Ni igitego […]
Rubavu: Indege y’intambara ya FARDC yavogereye ikirere cy’u Rwanda
Indege y’intambara y’Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC), yavogereye ikirere cy’u Rwanda kuri uyu wa Mbere bituma abatuye mu karere ka Rubavu bagira ubwoba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 07 Nzeri 2022 ni bwo iyi ndege yanyuze mu kirere cy’u Rwanda, mu karere ka Rubavu. Guverinoma y’u Rwanda yemeje aya makuru mu […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo Samia Suluhu n’abanya-Tanzania
Perezida Paul Kagame yihanganishije mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan ndetse n’abaturage b’igihugu cye, nyuma y’impanuka y’indege yahanutse mu kiyaga cya Victoria igahitana abatari bake. Umukuru w’Igihugu yatambukije ubu butumwa yifashishije urubuga rwe rwa Twitter. Yagize ati: “Ndihanganisha cyane abaturage ba Tanzania na Perezida Samia Suluhu Hassan ku bw’itakara ry’ubuzima, nyuma y’impanuka y’indege. Twifatanyije […]
APR FC ikomeje kurumbirwa n’ibitego yatsinze Gorilla FC yiyushye akuya
Igitego rukumbi cya rutahizamu Yves Mugunga ni cyo cyaraye gifashije APR FC gutsinda Gorilla FC igitego 1-0, yongera kubona amanota atatu nyuma y’imikino ibiri yikurikiranya idatsinda. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino w’umunsi wa munani wa shampiyona waraye ubereye ku matara ya Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino wagoye cyane APR FC, bijyanye n’uko […]
Myugariro wa Rayon Sports uheruka guhamagarwa n’Amavubi yahamagawe n’Intamba mu rugamba

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi ‘Intamba mu Rugamba’, Jimmy Ndayizeye, yahamagaye urutonde rw’abakinnyi 22 bagomba kwitegura umukino wa gicuti ifitanye na Côte d’Ivoire barimo myugariro Ndizeye Samuel wa Rayon Sports. Uyu musore usanzwe ari Visi-Kapiteni wa Rayon Sports yahamagawe n’u Burundi, mu gihe mu minsi ishize yahamagawe n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ gusa akaza kubura ibyangombwa byo […]
Goma: Urubyiruko barenga 800 batangiye ikosi mbere yo kujya guhangana na M23
Urubyiruko babarirwa muri 800 b’i Goma ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batangiye imyitozo y’ibanze ya gisirikare mbere yo kujya guhangana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Ni nyuma y’ubutumwa bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi buhamagarira urubyiruko kwinjira mu ngabo za Congo Kinshasa (FARDC) ku bwinshi, mu rwego rwo kurengera ubusugire bwa Congo Kinshasa. Tshisekedi […]
Perezida Kagame yahanuye ba Ofisiye bashya ba RDF ku businzi n’ubusambanyi
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye ba Ofisiye bashya baheruka kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda kurangwa n’imyifatire myiza kugira ngo bazabashe kugera ku byo biyemeje. Umukuru w’Igihugu yahaye aba basirikare izi mpanuro ku wa Gatanu, mu muhango wo guha ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma baheruka gusoza amasomo […]
Igisirikare cya Somalia cyihimuye kuri Al Shabaab, kiyikubita ahababaza
Igisirikare cya Somalia cyatangaje ko cyivuganye byibura abarwanyi 100 ba Al Shabaab, nyuma y’imirwano ikomeye yasakiranyije ingabo zacyo n’inyeshyamba z’uriya mutwe w’iterabwoba. Ni imirwano Minisiteri y’Ingabo za Somalia yatangaje ko yabereye mu karere ka Hiran gaherereye rwagati mu gihugu. Al Shabaab yatakaje bariya barwanyi, mu gihe mu mpera z’icyumweru gishize ibitero byayo byivuganye ababarirwa mu […]
Gen Peter Elwelu wa UPDF yaburiye M23
Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Uganda, Lt Gen Peter Elwelu, yaburiye inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ku bitero bikomeye zishobora kugabwaho mu gihe zaba zanze kuva mu bice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru zamaze kwigarurira. Gen Elwelu yabikomojeho ku wa Gatanu, ubwo yahuriraga n’abahagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ku Cyicaro cya Minisiteri y’Ingabo za […]
Rayon Sports yatsinze Sunrise, yisubiza ikuzo imbere ya Kiyovu Sports
Ikipe ya Rayon Sports yaraye yisubije umwanya wa mbere by’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo gutsinda Sunrise y’i Nyagatare igitego 1-0. Iyi kipe y’umutoza Haringingo Francis Christian yari yakiriye Sunrise ya Seninga Innocent, mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona wakiniwe ku matara ya Stade ya Kigali. Rayon Sports itaratakaza inota na rimwe […]
Ishimwe rya Madamu Jeannette Kagame ku muhungu we warahiriye kwinjira muri RDF
Madamu wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, yashimiye Ian Kagame usanzwe ari umuhungu wabo nyuma yo kurahirira kwinjira mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ugushyingo ni bwo Ian Kagame yarahiriye kwinjira mu ngabo z’u Rwanda, mu muhango wabereye mu Ishuri rya Gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera. Ni […]
Perezida Kagame yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 yinjije muri RDF
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Gatanu yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant ba Ofisiye barenga 500 nyuma yo gusoza amasomo abategurira kwinjira muri RDF. Ni mu muhango wabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’i Gako ho mu karere ka Bugesera. Ba Ofisiye binjiye muri RDF ni 568, barimo abakobwa […]
Ian Kagame mu mwambaro wa RDF
Umuhungu wa Perezida Paul Kagame, Ian Kagame, yagaragaye mu mwambaro w’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ian Kagame kuri uyu wa Gatanu ni umwe mu bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo y’abofisiye bato bahabwa ipeti rya Sous-Lieutenant muri RDF, umuhango ubera mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’i Gako ho mu karere ka Bugesera. Ian Kagame ari mu basirikare […]
Gasogi United yabonye umutoza w’Umugande
Ikipe ya Gasogi United yemeje Umugande Kiwanuka Paul nk’umutoza wayo mukuru by’agateganyo. Iyi kipe yemeje aya makuru mu butumwa yanditse kuri Twitter yayo. Paul Kiwanuka agomba kungirizwa na Dusange Sacha nk’uko Gasogi United yakomeje abitangaza. Aba batoza bombi basimbuye umunya-Misiri Ahmed Adel wari umutoza mukuru wa Gasogi United ndetse na Bahaaeldin Ibrahim wari umwungiriza we […]
Tshisekedi yongeye gushimangira ko intambara n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje mu gihe cya vuba intambara n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo ya kabiri ashoboka mu gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23. Ni Tshisekedi utarahwemye gushinja u Rwanda kuba ari rwo ruri inyuma y’uyu mutwe, ibyo yongeye gushimangira mu ijoro ryakeye ubwo yagezaga ijambo ku baturage b’igihugu […]
Gerard Pique yatangaje ko agiye gusezera ruhago
Myugariro Gerard Pique usanzwe akinira FC Barcelone y’iwabo muri Espagne, yatangaje ko yamaze gufata icyemezo cyo gusezera ku mupira w’amaguru. Pique w’imyaka 35 y’amavuko yemeje aya makuru binyuze muri Videwo yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Yavuze ko umukino wa shampiyona ya Espagne FC Barcelone igomba guhuriramo na Armeria ku wa Gatandatu w’iki cyumweru ari wo […]
APR FC idafite Adi yongeye gutsikira, ihagamwa na Espoir FC
Ikipe ya APR FC yongeye gutakaza andi manota abiri, nyuma yo kunanirwa gutsinda Espoir FC baguye miswi 0-0 kuri uyu wa Kane. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yasuye Espoir FC mu karere ka Rusizi, mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona. Ni umukino nanone yakinnye idafite abarimo umutoza mukuru Mohammed Adil Erradi cyo kimwe […]
Nyaruguru: L’enseignant, à la base de la transformation positive de la socièté

L’éducation est le socle du développement durable. Ainsi l’enseignant rwandais d’aujourd’hui est appelé à jouer le premier rôle dans la transfomation positive de la societé. L’enseignant que l’on cherche est celui qui encourage ses élèves et les guide afin qu’ils deviennent plus tard des citoyens capables de changer positivement la société et de développer leur […]
André Mbata yokeje igitutu abadepite ba PAP ngo bamagane u Rwanda
Visi-Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Congo Kinshasa, André Mbata, yashyize igitutu ku badepite b’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (Pan-African Parliament) abasaba kwamagana u Rwanda ashinja gutera igihugu cye. Mbata yashyize iki gitutu ku badepite ba PAP ubwo bari mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru by’abagize iriya nteko byabereye muri Afurika y’Epfo. […]
Haaland yavuze ikipe y’igihugu cya Afurika abona izitwara neza mu gikombe cy’Isi
Rutahizamu Erling Haaland ukinira Manchester City yo mu Bwongereza, yatangaje ko aha amahirwe ikipe y’Igihugu ya Sénégal yo kwitwara neza mu gikombe cy’Isi cy’umupira w’amaguru kibura iminsi ibarirwa ku ntoki kigatangira. Uyu munya-Norvège umaze gutsindira Man City ibitego 22 mu mikino 17 amaze kuyikinira kuva ayigezemo, ni umwe mu bakinnyi b’amazina aremereye batazakina Igikombe cy’Isi […]
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), rwamaze gusezerera umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian azira imyitwarire idahwitse. Amakuru yizewe BWIZA yamenye ni uko uyu munyamakuru wa siporo yasezerewe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Ugushyingo 2022. Nta gihe kinini cyari gishize Lorenzo Musangampfura wakoraga ‘Amakuru yo hanze y’ikibuga’ kuri Radiyo Rwanda ndetse akanogeza imikino ya […]
Uganda yamaganye ibirego RDC yatangiye kuyishyiraho by’uko yaba ifasha M23
Guverinoma ya Uganda yahakanye guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zikomeje kwigarurira ibice bitandukanye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ivuga ko umubano wayo na Congo Kinshasa ukiri mwiza kandi ukaba ugikomeye. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’iki gihugu, Ofwono Opondo; nyuma y’iminsi mike Sosiyete Sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ishinje Ingabo […]
UEFA Champions league: PSG yananiwe kuyobora itsinda ryayo ku maherere
Ikipe ya PSG yo mu Bufaransa yaraye itsinze Juventus yo mu Butaliyani ibitego 2-1, gusa inanirwa kuyobora itsinda H zombi zari ziherereyemo. Ibitego bya Kylian Mbappé wahise aca agahigo ko kuba umukinnyi muto kurusha abandi itsinze ibitego 40 muri Champions league, ndetse n’icya Nuno Mendes ni byo byafashije PSG gukura amanota atatu i Turin. Juventus […]
Igisubizo cya Minisitiri Bayisenge ku munyamakuru wa RBA wamusabye kumugurira icupa
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere, Bayisenge Jeannette, yasubije umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian w’Ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) wamusabye kubanza yamugurira icupa ngo amurangire umwana watakaga ihohoterwa. Christian Lorenzo usanzwe ari umunyamakuru w’imikino muri RBA, aheruka gushyira kuri Twitter ye amashusho y’umwana w’umuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we. Muri aya […]
Abanyarwandakazi 4 mu bagore 100 bavuga rikijyana kurusha abandi muri Afurika
Abanyarwandakazi bane barimo Louise Mushikiwabo uyoboye Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), basohotse ku rutonde rw’abagore 100 ba mbere bavuga rikijyana muri Afurika. Ni urutonde rwakozwe n’Ikigo Avance Media gisanzwe gikora bene izi ntonde buri mwaka. Iki kigo kivuga ko uru rutonde rukorwa hisunzwe icyegeranyo cy’ubushakashatsi bukorwa ku bagore biteje imbere bagafungura ibigo byabo, […]
Uganda: Polisi yacakiye umugabo wari umaze igihe acucura bagenzi be yiyoberanyije nk’umugore
Polisi ya Uganda iheruka guta muri yombi umugabo wari umaze igihe arya amafaranga bagenzi be, nyuma yo kwiyoberanya akihindura umugore. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo uyu mugabo yatawe muri yombi; nyuma yo gutangwa na mugenzi we wari wamucyuye azi ko ari inkumi bagera mu busaswa uwari umwari agahinduka umugabo. Amashusho yakwirakwiye hirya no […]
Gasogi United yacanye umubano n’abanya-Misiri bari abatoza wayo
Ikipe ya Gasogi United yamaze kwirukana umunya-Misiri Ahmed Adel wari umutoza wayo mukuru ndetse na Bahaaeldin Ibrahim wari umwungiriza we. Iyi kipe y’umushabitsi Kakooza Nkuliza Charles (KNC) yemeje aya amakuru ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Gasogi United kuri Twitter yavuze ko yatandukanye n’aba batoza ku bwumvikane. Iti: “Nyuma y’ubwumvikane bw’impande zombi zatumye habaho isesa ry’amasezerano […]
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya João Lourenço nyuma yo kubonana na Tshisekedi
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Hon. Tete António wamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we João Lourenço wa Angola. Umukuru w’Igihugu yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola kuri iki gicamunsi, nk’uko ibiro bye byabitangaje mu butumwa byanyujije kuri Twitter. Ni ubutumwa buvuga ko “kuri iki […]
Amb. Vincent Karega yakiriwe na Minisitiri Lutundula wa RDC
Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, kuri uyu wa Mbere yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula wamumenyesheje icyemezo cya Leta y’igihugu cye cyo kumwirukana ku butaka bwacyo. Lutundula yamenyesheje Karega ko amasaha 48 yahawe yo kuba yavuye i Kinshasa agomba kurangirana n’itariki ya 02 Ugushyingo, bityo ko atagomba kuyarenza. Ambasaderi Vincent […]
Abafite konti za Twitter ziri ‘verfied’ bagiye kujya bacibwa Frw 20,000 buri kwezi
Urubuga rwa Twitter rurateganya kujya ruca abarukoresha bafite konti ziri verified (zifite ikirango cy’ubururu cyerekana ko ari iza nyazo) $19.99 y’ifatabuguzi (arenga gato Frw 20,000) buri kwezi; icyemezo kigomba guhera mu bakozi ba kiriya kigo. Mu busanzwe umuntu ufite badge y’ubururu yerekana ko konti ye ya Twitter iri ari iya nyayo yishyuraga $4.99 (abarirwa muri […]
P. Kagame na Gutteres baganiriye ku muti w’ibibazo byo mu burasirazuba bwa RDC
Perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro cyibanze ku bibazo by’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Gutteres. Abayobozi bombi baganiriye bifashishije terefoni nk’uko Perezida Kagame yabitangaje kuri Twitter ye mu gicuku cyo kuri uyu wa Mbere. Yagize ati: “Mu masaha make ashize nagiranye ikiganiro cyiza n’Umunyamabanga Mukuru wa […]
Nyaruguru: Appel à la poursuite des travaux champêtres malgré le déficit de pluie

Malgré la pluie qui se fait de plus en plus rare dans la région, le maire du district de Nyaruguru, Emmanuel Murwanashyaka, a, tout de même, appelé les agriculteurs de son district à ne pas lâcher prise et à continuer à vaquer à leurs occupations quotidiennes de travaux des champs. Le retour de la pluie […]
Gen. John Numbi umaze igihe ahigishwa uruhindu yaba ari kumwe na M23 ku rugamba
Sosiyete Sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yatanze impuruza y’uko Gen. John Numbi umaze igihe ahigishwa uruhindu n’inzego zitandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaba ari kumwe n’umutwe wa M23 uri mu mirwano na FARDC. Sosiyete Sivile yo muri Kivu y’Amajyaruguru yatangaje ibi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Ukwakira, biciye muri […]
Kiyovu Sports yihanije Musanze FC y’abakinnyi 10, yambura Rayon Sports umwanya wa mbere
Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze iya Musanze FC ibitego 3-0, ihita ifata by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona. Kiyovu Sports yari yakiriye Musanze FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona. Ibitego bya Erisa Ssekisambu, Nshimirimana Ismael ‘Pitchou’ na Bigirimana Abedi ni byo byafashije iyi kipe yo […]