Gasabo: RIB yafashe umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana wâimyaka 9
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwafashe umugore wâimyaka 37 witwa Ngiruwonsanga ukora akazi ko mu rugo ukekwaho kwica umwana wâumuhungu wâimyaka 9. Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Ndera ku itariki 12 Kamena. Umuvugizi wa RIB, Murangira B. Thierry, yemeje aya makuru ubwo yavuganaga na The New Times kuri uyu wa […]
RDC: Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe asanga FARDC ihawe miliyari yâamadolari yakubita inshuro RDF

Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Adolphe Muzito, asanga Igisirikare cya FARDC gishobora kugera ku rwego rwo gukubita inshuro Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) nâinyeshyamba avuga ko gishyigikiye, mu gihe guverinoma yakongera miliyari yâAmadolari ya Amerika ku ngengo yâimari yari iteganyijwe. Uyu munyapolitiki wabaye Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]
Les expulsions du Royaume-Uni vers le Rwanda bloquées alors que la Cour européenne intervient
Le premier vol du Royaume-Uni pour emmener des demandeurs d’asile au Rwanda n’a pas dĂ©collĂ© comme prĂ©vu aprĂšs que la Cour europĂ©enne des droits de l’homme a Ă©mis des injonctions de derniĂšre minute pour arrĂȘter l’expulsion de la poignĂ©e de personnes Ă bord. Le projet du gouvernement britannique d’envoyer des demandeurs d’asile au Rwanda mardi […]
Byibuze Abongereza 3,000 bari gufasha Ukraine mu ntambara irwana nâu Burusiya
Abongereza byibuze 3,000 bari kurwana iruhande rwâIngabo za Ukraine mu kurwanya Ingabo zâu Burusiya nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri nâikinyamakuru The Independent kibikesha komanda wâumutwe wâabakorerabushake bâabanyamahanga muri iyi ntambara imaze amezi hafi ane. Mamuka Mamulashvili, uyobora uyu mutwe wiswe Georgian Legion, yabwiye abanyamakuru ko muri rusange abarwanyi bâabanyamahanga bagera mu 20,000 bari mu […]
Lt. Col. Bageni wa FARDC yagaragaye ahohoterwa nâabapolisi bamwita Umunyarwanda
Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Lt. Colonel witwa Bageni yagaragaye akurubanwa yinjizwa nabi mu modoka ya polisiashinjwa kuba Umunyarwanda. Ibi bije nyuma yâaho mu minsi yashize abayobozi ba Congo cyane cyane mu gisirikare, batangarije ko bagiye gutangira guhiga bukware abitwa ibyitso byâu Rwanda bacengeye mu Gisirikare cya FARDC. Kuri twitter yâuwitwa Lwarhiba Musimwa niho […]
Imfashanyo irimo lisansi n’imiti iri mu nzira iva mu Burusiya yerekeza mu Burundi
Igihugu cyâu Burusiya kiri mu ntambara muri Ukraine, cyatangaje ko imfashanyo cyageneye u Burundi igizwe na lisansi, ifumbire mvaruganda nâimiti iri mu nzira yerekeza muri iki gihugu. Ni imfashanyo u Burusiya bwari bwijeje u Burundi mu kwezi gushize. Ambasaderi wâu Burusiya mu Burundi, ValĂ©ry Mikhaylov, yatangaje kuri uyu wa Mbere ko igihugu cye kirimo gushaka […]
Nta nâurushinge u Rwanda rwigeze ruduha â Umuvugizi wa M23
Umutwe wa M23 wari waratsinzwe mu 2013 mbere yo kongera kubura intwaro mu mpera zâumwaka ushize ushinja Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga gushyira mu bikorwa amasezerano yâamahoro yashyiriweho umukono muri Kenya, uremeza ko nta bufasha bwâu Rwanda, nâiyo bwaba urushinge, wigeze wakira. Ibi Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, yabitangarije Deutsche Welle, […]
Le Royaume-Uni va envoyer des premiers demandeurs d’asile au Rwanda aprĂšs l’Ă©chec de la contestation
Le premier vol controversĂ© du gouvernement transportant des demandeurs d’asile vers le Rwanda devrait avoir lieu ce mardi aprĂšs l’Ă©chec d’une tentative lĂ©gale de le bloquer. Vendredi, la ministre de l’IntĂ©rieur, Priti Patel, a remportĂ© une victoire devant la Haute Cour lorsqu’un juge a statuĂ© qu’il Ă©tait en son pouvoir de faire venir par avion […]
UPDF igiye kwinjiza mu gisirikare abasirikare bashya 10,000
Kuri uyu wa Mbere ushize, Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyavuze ko gishaka kwinjiza byibuze abandi basirikare 10,000 mu myitozo iteganijwe gukorwa hagati yâitariki 18 Kamena nâitariki 4 Nyakanga 2022 nkâuko tubikesha Daily Monitor. Nkâuko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo, Brig Gen Felix Kulayigye, ngo igisirikare kirashaka abinjira mu gisirikare 8.300 basanzwe baturutse mu turere dutandukanye, abinjira mu […]
Umuraperi Youssoufa ukomoka muri RDC yahagaritse igitaramo yateganyaga i Kigali muri Nyakanga
Umuraperi wâUmufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Youssoufa Mabiki, wari utegerejwe mu Rwanda mu gitaramo cyari giteganyijwe ku itariki ya 1 Nyakanga, yagihagaritse kubera umwuka mubi ukomeje kugaragara hagati ya Congo nâu Rwanda kubera intambara ihuza M23 na FARDC. Ibi nyirâubwite yabyemeje asubiza umufana we wari umusabye gusubika icyo gitaramo cyâi Kigali […]
U Burusiya buravuga ko Ukraine n’u Burayi birebye nabi byasenyuka
Umuyobozi wâInteko Ishinga Amategeko yâu Burusiya, Viacheslav Volodin, yakangishije ko niba igitekerezo cyâuwahoze ari Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Pologne, Radoslaw Sikorski, cyo guha Ukraine intwaro za kirimbuzi gishyizwe mu bikorwa, amakimbirane arimo intwaro za kirimbuzi ashobora gusenya umugabane wâu Burayi. “Sikorski arateza amakimbirane ya kirimbuzi hagati mu Burayi. Ntabwo atekereza ku hazaza ha Ukraine cyangwa […]
Les rebelles du M23 s’emparent de la ville de Bunagana
Les rebelles du M23 en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo se sont emparĂ©s de la ville orientale de Bunagana, Ă la frontiĂšre avec l’Ouganda, ont dĂ©clarĂ© lundi des militants locaux, dans un revers pour les forces congolaises qui avaient dĂ©clarĂ© un jour plus tĂŽt qu’elles tenaient les insurgĂ©s en fuite. Bunagana Ă©tait un bastion du M23 […]
U Bwongereza: Gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda yongeye kuzamo kidobya
Kuri uyu wa Mbere, abakangurambaga bo mu Bwongereza babonye amahirwe yabo ya nyuma mu rukiko kugira ngo bahagarike indege ya mbere igomba kujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza. Guverinoma yo irateganya gukomeza umugambi wo kohereza indege ya mbere itwaye abasaba ubuhungiro 31 ku wa Kabiri ivuye ku kibuga cyâindege kitaramenyekana. Ni nyuma yo gutsinda […]
Qatar iyoboye urutonde rwâIbihugu 10 byâAbarabu bikize kurusha ibindi

Igihugu cya Qatar nicyo kiyoboye urutonde rwo mu mwaka ushize wa 2021 rwâibihugu 10 byâAbarabu bikize kurusha ibindi hakurikijwe umusaruro mbumbe wa buri muturage ku mwaka nkâuko tubekesha urubuga albawaba.com rwo mu Burasiazuba bwo Hagati, muri ibi bihugu hakaba hanagaragaho ibyo muri Afurika bitatu. Dore ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi 1. Qatar: yaje ku […]
Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego yarezwe
Umugaba Mukuru wâIngabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga kutakira ikirego aregwamo kuba yarerekanye inzozi ze kuba perezida igihe yizihizaga isabukuru y’imyaka 48, nyamara akiri umusirikare mukuru, kugira ngo azasimbure se, Perezida Museveni, umaze imyaka hafi mirongo ine ku butegetsi. Mu gisubizo cyabo cyo ku […]
Rubavu: Guverineri Habitegeko yijeje kurushaho gukaza umutekano hafi yâumupaka
Guverineri wâIntara yâIburengerazuba, François Habitegeko, yijeje gukaza umutekano mu karere nyuma yo kwiyongera kwâamakimbirane mu gihugu cyâabaturanyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ubwo yaganiraga nâabaturage baturiye umupaka kuri Stade Umuganda nyuma yâumuganda ngarukakwezi wo kuwa Gatandatu ushize, Guverineri Habitegeko yavuze ko hari ingamba zafashwe zo kwizera ko intara itazaba ubwinjiriro bwâabashaka guhungabanya umutekano wâigihugu. […]
FARDC yongeye gushinja RDF uruhare mu mirwano yayihuje na M23 kuri iki Cyumweru
Ibintu byakomeje guhangayikisha mu gace ka Rutshuru muri Kivu yâAmajyaruguru, kuri iki Cyumweru, itariki ya 12 Gicurasi 2022 kubera intambara yongeye kubura hagati yâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâinyeshyamba za M23 byongeye kuvugwa ko zishyigikiwe nâIgisirikare cyâu Rwanda. Umuyobozi w’inyeshyamba Bertrand Bisimwa arashinja ingabo za FARDC kuba ari zo zabanje gutangiza imirwano […]
Umwami Philippe II nâUmwamikazi Mathilde b’u Bubiligi bageze i Bukavu
Kuri iki Cyumweru, itariki 12 Kamena 2022, Umwami Philippe wa II n’Umwamikazi Mathilde b’u Bubiligi bageze i Bukavu, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyepfo banyuze ku kibuga cy’indege cya Kavumu. Bavuye mu ndege, bakiriwe na Minisitiri wâIntebe Sama Lukonde na Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo, ThĂ©o Ngwabidje Kasi, nâabandi bagize guverinoma yâigihugu ndetse nâintara. Muri gahunda ye, […]
Roscosmos iremeza ko mu isanzure hari ibindi biremwa bifite ubwenge nâikoranabuhanga rikataje
Umuyobozi wâikigo gishinzwe ubumenyi bwâisanzure cyâu Burusiya, Dmitry Rogozin, yavuze ko yemera ko hari ahandi hari ubuzima mu isanzure hatari ku Isi ndetse hari ibiremwa bifite ubwenge nâikoranabuhanga birenze ibyâabantu. Kuri uyu wa Gatandatu, uyu muyobozi wa Roscosmos yatangarije Radiyo ya Rossiya 24 yo mu Burusiya ko ibyo biremwa bishobora kuba birimo no kwiga ibijyanye […]
Abasirikare ba Ukraine bagize batayo ya Azov bakunze kwitwa Aba-Nazi bashya ni bantu ki?

Ibi byabaye urwitwazo rukomeye ku bashyigikiye intambara yâu Burusiya muri Ukraine: bemeza ko igisirikare cya Ukraine kigizwe nâAbanazi bashya. Mu gihe Perezida wâUburusiya Vladimir Putin yashimangiye ko igitero cye kigamije kurandura ubu-Nazi bushya muri Ukraine, abakoresha interineti benshi muri ibi byumweru bakomeje gukwirakwiza amafoto yâabasirikare ba Ukraine bafite ibimenyetso byâAbanazi bo mu mutwe wa Azov. […]
Kivu yâAmajyepfo: Ubuyobozi bwafashe icyemezo cyo gukumira inyama ziva mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatandatu itariki ya 11 Kamena, Guverinoma yâintara ya Kivu yâAmajyepfo yabujije gucuruza inyama zituruka mu Rwanda no mu Burundi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma yâuko u Burundi butangaje ku mugaragaro ko inka zabwo zibasiwe nâicyorezo cya Rift Valley gituma amatungo ava amaraso mu mazuru. Umuyobozi w’ishami ryâintara rishinzwe uburobyi, ubuhinzi n’ubworozi, veterineri Vincent […]
Australia yishyuye u Bufaransa asaga miliyoni 500 zâAmayero yâindishyi
Kuri uyu wa Gatandatu, Australia yashyize ahagaragara amasezerano yâindishyi yagiranye na sosiyete ikora ubwato bwâintambara bugendera munsi yâamazi yâAbafaransa yitwa Naval Group, birangiza amakimbirane yâamasezerano yateje umwuka mubi hagati ya Canberra na Paris mu gihe cyâumwaka. Minisitiri wâintebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko uruganda rwâAbafaransa rwemeye indishyi ingana na miliyoni 555 zâAma-Euro kugirango Australia […]
Nyarugenge: Arashinjwa gukubita no kwicisha umwana yibyariye inzara amuziza nyina
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge muri iki cyumweru dusoza rwaburanishije umugabo ukurikiranweho gukubita umwana mu buryo bukabije no kumwicisha inzara. Mu iburana rye, uregwa yaburanye yemera icyaha avuga ko yabitewe nâumujinya wâuko nyina yamumutanye akaba amurera wenyine nkâuko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bkuru ivuga. Ibi ngo yagiye abikora mu bihe bitandukanye ubuyobozi bwâibanze bukabona atari uguhana […]
Loni ihangyikishijwe n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Congo irimo FDLR
Umuryango wâAbibumbye wasabye impande zose zifite uruhare mu kwiyongera kwâamakimbirane hagati ya Kinshasa na Kigali âguhita zihagarika urugomo urwo ari rwo rwoseâ mu turere duhana imbibi nâu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yamagana imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR nkâuko tubikesha Al Jazeera. Mu kwezi gushize amakimbirane yagiye agaragara hagati ya DRC n’u Rwanda […]
Byibuze abajandarume 10 ba Burkinafaso biciwe mu gitero kuri station ya jandarumori
Ku wa Kane nimugoroba, byibuze abajandarume icumi ba Burkinafaso biciwe mu gitero cyagabwe nâabakekwaho kuba abajihadiste kuri station ya jandarumori mu majyaruguru ya Burkina Faso, hafi yâumupaka wa Niger, nk’uko byatangajwe nâabashinze umutekano kuri uyu wa Gatanu. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, aragira ati: “Ejo (ku wa kane) nimugoroba, […]
Le gouvernement subventionne le carburant pour contenir la flambée des prix
Le prix du litre de diesel est passĂ© Ă 1,503 Frw, tandis que celui de l’essence est passĂ© Ă 1,460 Frw. Le coĂ»t du diesel a augmentĂ© de 9,9 % ou 135 Frw le litre, tandis que celui de l’essence a augmentĂ© de 7,4 % ou 101 Frw le litre. Les nouveaux prix ont Ă©tĂ© […]
Uruzinduko rwa Papa muri RDC na Sudani y’Epfo rwasubitswe
Umuyobozi w’Ibiro bishinzwe itangazamakuru i Vatican, Matteo Bruni, yatangaje ko Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko yasubitse ingendo yagombaga kugirira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Sudani y’Epfo zari ziteganijwe mu ntangiriro za Nyakanga. Papa Fransisiko yahatiwe gushyira urugendo rwe, ku itariki itaramenyekana, ku mugabane wa Afurika, rwagombaga kumujyana muri Repubulika ya Demokarasi ya […]
Igikomangoma Charles na Camilla bazaba aba mbere mu Bwami bwâu Bwongereza basuye u Rwanda, dore gahunda yabo
Igikomangoma Charles na Camilla bazaba aba mbere mu Bwami bwâu Bwongereza basuye u Rwanda ubwo abakuru bâibihugu na za guverinoma zâibihugu bigize umuryango wa Commonwealth bazaba bahurira mu nama i Kigali muri uku kwezi. Igikomangoma cya Wales cyashimye ko Commonwealth ishobora kugira icyo ihindura, avuga ko yize byinshi mu myaka yashize ‘bivuye ku bitekerezo, impungenge […]
Umwami Philippe wâu Bubiligi yerekeje i Lubumbashi nyuma yâiminsi 3 i Kinshasa
Nyuma y’iminsi itatu i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Umwami nâUmwamikazi bâu Bubiligi kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 10 Kamena 2022 mu gitondo berekeje i Lubumbashi, umurwa mukuru w’intara ya Haut-Katanga. Bageze ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Ndjili saa 8h15, basuhuza itsinda ryari ribaherekeje ririmo Perezida wâInteko ishinga amategeko, […]
Huye: Akurikiranweho gukubita umugore we bikamuviramo urupfu
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 37 ukekwaho gukubita umugore we, mu ijoro ryo ku wa 25/05/2022, mu mudugudu wa Gikomero, Akagari ka Kanyinya, Umurenge wa Maraba, Akarere ka Huye agapfa ku wa 31/05/2022. Mu ibazwa rye nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru, uregwa avuga ko yatashye agasanga […]
Masisi: Igitero mu nkambi yâabavanwe mu byabo cyahitanye abantu 9
Muri rusange, abantu 9 baguye mu gitero cyagabwe nâabantu bitwaje intwaro batamenyekanye, mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 9 Kamena 2022, mu nkambi yâabavanywe mu byabo i Rujagati mu gace ka Mweso muri Gurupoma ya Bashali-Mokoto, muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu kiganiro yagiranye kuri […]
FDLR irashinjwa kwica iciye umutwe umunyamuryango wa LUCHA nâabantu bari kumwe

Umutwe wa FDLR ugizwe nâinyeshyamba zâAbanyarwanda urashinjwa kwica imwe mu mpirimbanyi zo mu muryango utegamiye kuri leta wâurubyiruko uharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uzwi nka LUCHA. Ubinyujije ku rubuga rwawo rwa twitter, uyu muryango wavuze ko ubabajwe no gutangaza iyicwa ryâumunyamuryango wabo, Kambale Balengeka Claude, aciwe umutwe nâinyeshyamba za FDLR. Uyu muryango […]
Kinshasa: Umwe mu basirikare barinda perezida yarashe umupolisi nawe aricwa
Umupolisi wo mu muhanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarashwe n’umwe mu basirikare bashinzwe kurinda umukuru wâigihugu bakunze kwita âMuraâ. Ibi byabereye kuri uyu wa Kane hafi ya Kaminuza yâIgihugu ishinzwe Uburezi (UPN) muri Kinshasa. Uwahohotewe, Erick Kabanga, yakoraga imirimo ashinzwe mu kugenzura ibinyabiziga, mu masaha yo kwihuta, ubwo uyu musirikare yamuhatiraga gufungura umuhanda […]
Des organisations caritatives britanniques demandent une injonction pour mettre fin aux expulsions de migrants vers le Rwanda
Des groupes de dĂ©fense des droits de l’homme ont soumis des documents Ă la Haute Cour de Londres pour obtenir une injonction afin d’arrĂȘter l’expulsion prĂ©vue la semaine prochaine de demandeurs d’asile du Royaume-Uni vers le Rwanda, un plan qui a suscitĂ© de nombreuses critiques. Le gouvernement britannique a annoncĂ© en avril qu’il avait conclu […]
Hari ikindi gihugu cyo muri Afurika cyaba cyifuza kwakira abasaba ubuhungiro mu Bwongereza
Zambia ishobora kuba igihugu kizakurikiraho kuzajya cyakira abasaba ubuhunzi mu Bwongereza nyuma yo âkwerekana ko ishishikajweâ na gahunda bwagiranye na Guverinoma yâu Rwanda. Iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika amakuru ava muri guverinoma nâurwego rushinzwe kurinda imipaka avuga ko âcyaba gishishikajweâ nâiyo gahunda yo kwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza. Icyakora, ngo gitegereje kureba uburyo […]
Nyuma ya M23, kuri ubu FARDC irafata imitwe ya Mai-Mai nkâimitwe yâiterabwoba
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko kiyemeje gufata imitwe yose ya Mai-Mai ikorera i Beni na Lubero nk’imitwe y’iterabwoba. Ibi cyabitangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Kamena 2022, nyuma yâibitero byinshi byâiyi mitwe yitwaje intwaro byibasiye abasivili ndetse nâibirindiro byâingabo. Ni nyuma yâaho umutwe wa M23 umaze iminsi uhanganye […]
London: Urukiko rwasabwe kwitambika indege izohereza abimukira ba mbere mu Rwanda
Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashyikirije impapuro Urukiko Rukuru muri Londres zisaba icyemezo cyo guhagarika igikorwa cyo kohereza mu Rwanda mu cyumweru gitaha abasaba ubuhunzi mu Bwongereza muri gahunda itaravuzweho rumwe. Muri Mata, Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko yasinyanye amasezerano yo kohereza ibihumbi by’abasaba ubuhungiro mu Rwanda hagamijwe guca intege abinjiza abantu mu gihugu mu […]
Abasenateri basanga Abanyarwanda bakwiye inguzanyo zisaba inyungu nto na serivisi nziza zâimari
Abasenateri basabye ko hajyaho ingamba zo kugira ngo Abanyarwanda babone serivisi zâimari zihendutse nkâinguzanyo zishingiye ku nyungu nto zibafasha gushora imari mu bikorwa bibyara inyungu no kuzamura ubukungu. Babisabye ku wa Kabiri, itariki ya 7 Kamena 2022 mu nama nyunguranabitekerezo ku bijyanye no gutanga serivisi zâimari yabereye mu nteko. Senateri Juvenal Nkusi, Perezida wa Komite […]
Algeria yahagaritse umubano yari imaze imyaka 20 ifitanye na Espagne
Algeria yahagaritse amasezerano yâubufatanye yari imaze imyaka 20 ifitanye na Espagne nyuma yâuko Madrid yisubiye ku kutagira aho ibogamira mu makimbirane yo muri Sahara yâIburengerazuba. Mu itangazo ryayo ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, Perezidansi yagize iti: “Algeria yahisemo guhita ihagarika amasezerano yâubucuti, imituranire myiza nâubufatanye” yasinyanye na Madrid mu 2002. Muri Werurwe, kugira ngo […]
François Hollande yashakanye nâumukinnyi wa filimi bigeze gukundana mu ibanga

Nyuma yâurukundo rwâibanga rwabaye inkuru ku Isi yose igihe rwamenyekanaga mu 2014, uwahoze ari perezida wâu Bufaransa, Francois Hollande, yashakanye nâumukinnyi wa filime Julie Gayet. Ku wa Gatandatu, abashakanye basezeranye mu muhango wihariye, utaritabiriwe nâabantu benshi mu Mujyi wa Tulle, muri Komini ya CorrĂšze . Aya makuru yatangarijwe ikinyamakuru La Montagne n’umuyobozi w’akarere ka Tulle, […]
Centrafrica: Amb. Rugwabiza yatashye inyubako yubatswe nâingabo zâu Rwanda

Amb. Valentine Rugwabiza, intumwa idasanzwe yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye akaba nâumuyobozi wa MINUSCA yatashye inzu mberabyombi, yagenewe gukorerwamo inama nâibindi birori, yubatswe na Batayo ya IV yâIngabo zâu Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Kamena nibwo habaye umuhango wo gutaha iyo nyubako yubatswe nâIngabo zâu Rwanda ku bufatanye nâubuyobozi bwa MINUSCA mu Mujyi wa […]
Le Rwanda signe un accord de services spatiaux avec un organisme satellite mondial

L’Agence spatiale rwandaise (RSA) et l’Association mondiale des opĂ©rateurs de satellites (GSOA) ont signĂ© le 6 juin un accord visant Ă promouvoir davantage les services spatiaux en tant qu’outil essentiel pour Ă©tendre la connectivitĂ© au Rwanda et sur le continent africain. L’accord touchera des domaines clĂ©s tels que le soutien au dĂ©ploiement des services de […]
Michel Platini wahoze ayobora UEFA na Sepp Blatter wayoboraga FIFA batangiye kuburanishwa
Uwahoze ari perezida wa UEFA, Michel Platini nâuwahoze ari Perezida wa FIFA, Sepp Blatter baratangira kwitaba guhera kuri uyu wa Gatatu urukiko rwo mu Busuwisi, mu rubanza rwo kwishyura gushidikanwaho kwangije umwuga wabo muri 2015. Urukiko mpanabyaha rwa Bellinzona rwatangije urubanza rwâUmufaransa wâimyaka 66 nâUmusuwisi wâimyaka 86 kubera “uburiganya”, “imicungire mibi”, “gukoresha nabi ikizere bagiriwe” […]
Umunyamerikakazi yiyemereye ko ari we watoje batayo yâabagore ya Islamic State
Umugore wâUmunyamerika yemeye ko yayoboye umutwe wâindwanyi zâabagore bose bo mu mutwe wâiterabwoba wa Leta ya Kisilamu muri Syria, ndetse akagira n’uruhare mu gutegura ibitero ku butaka bwa Amerika. Allison Fluke-Ekren yemeye icyaha aregwa cyo gutanga inkunga muri iryo tsinda kandi yemera ko yahuguye abagore n’abakobwa barenga 100 gukora ubugizi bwa nabi. Uyu mubyeyi nâumwarimukazi […]
Uganda yavumbuye mu butaka bwayo zahabu ifite agaciro ka tiliyari hafi 13 $
Uganda yatangaje ko yavumbuye ububiko bwa toni miliyoni 31 z’ubutare bwa zahabu, ishobora kuvamo zahabu yuzuye neza cyangwa icyo bita âPure Goldâ igera kuri toni 320.000. Ku munsi w’ejo, Perezida Museveni yatangaje amakuru y’ibyavumbuwe mu ijambo yagejeje ku banyagihugu, ariko atanga ibisobanuro bike, yerekana muri rusange ko amabuye y’agaciro azazanira igihugu amadolari arenga tiliyari 12 […]
Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye ushinjwa kwica mushiki we kubera umutungo
Umugabo w’imyaka 58 akurikiranweho nâ Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye kuba yarishe mushiki we wâimyaka 35 akoresheje umuhoro amuziza umutungo. Ni icyaha ngo cyakozwe ku itariki ya 02 Kamena 2022 mu gihe cya saa kumi zâamanywa, mu mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Matyazo, Umurenge wa Huye ho mu Karere ka Huye, ku muharuro wâaho […]
Perezida Ramaphosa arasabwa kwegura nyuma yâAmadolari adasobanutse yibwe mu gikingi cye
Kuva mu cyumweru gishize, Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika yâEpfo, wâimyaka 69, yaciwe intege nâihishurwa ryâubujura bwâamafaranga yibiwe muri kimwe mu bikingi bye. Kuri uyu wa Kabiri ushize, ishyaka ryâabaharanira ubwisanzure mu bukungu (EFF) ryahamagariye Cyril Ramaphosa kuva ku mirimo ye nk’uko iyi nkur dukesha Euronews ivuga. Perezida wa Afurika y’Epfo arimo gukorwaho iperereza ku […]
Israel irashaka kugenzura byimazeyo ubutaka bwose bwa Palestina â Raporo ya Loni
Komisiyo yigenga yâiperereza yashyizweho nâAkanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu nyuma yâigitero cya 2021 cya Israel ku karere ka Gaza yavuze ko Israel igomba gukora ibirenze guhagarika kwigarurira ubutaka abayobozi ba Palesitine bifuza kubwâigihugu kizaza. Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri, ivuga ko âGuhagarika gutura ku ngufu byonyine bitazaba bihagije.â Irasaba ko hajyaho izindi […]
Kenya: Hemejwe abakandida bane bazahangana mu matora yo muri Kanama
Komisiyo yâigihugu yâamatora muri Kenya yemeje abakandida bane bazahangana mu matora yâumukuru wâigihugu yo kuwa 09 Kanama 2022, barmo Raila Odinga, visi perezida William Ruto nâabanyamategeko babiri. Uyu niwo mubare muto w’abakandida mu matora ya perezida kuva hashyirwaho gahunda y’amashyaka menshi mu 1992 muri iki gihugu cyâabaturanyi. Komisiyo y’amatora (IEBC) yatangaje ko mu madosiye 17 […]
Muhanga: Umusore w’imyaka 22 arashinjwa kwica barumuna be
Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena 2022, bwashyikirijwe dosiye yâumusore ukekwaho ubwinjiracyaha bwo kwica barumuna be babiri, abahoye ko nyina atamwubakiye inzu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko umusore wavutse mu mwaka wa 2000, akekwaho icyaha cyâubwinjiracyaha bwâubwicanyi yaba yarakoreye barumuna be babiri, cyabereye mu Murenge wa Nyarusange, […]
USA: Ubutabera bwategetse ifatirwa ryâindege ebyiri za Roman Abramovich
Kuri uyu wa Mbere ushize, Minisiteri yâubutabera yâAmerika yategetse ko hafatirwa indege ebyiri zâumuherwe wâUmurusiya, Roman Abramovich, yemeza ko zakoreshejwe harenzwe ku bihano byafatiwe u Burusiya nyuma yo gutera Ukraine. Minisiteri yasobanuye mu nyandiko zemewe n’amategeko ko indege, Boeing 787-8 Dreamliner hamwe nâindege ya Gulfstream G650ER, zagurutse mu kirere cy’u Burusiya nyuma yo gushyiraho ku […]
Umwana wâimyaka 2 yishe se amurashe nyina arafungwa
Umwana wâimyaka 2 yishe se ku bw’impanuka muri Leta ya Florida, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amurashishije imbunda yari irimo amasasu ariko itarinzwe nâababyeyi be nkâuko byatangajwe nâabayobozi kuri uyu wa Mbere. Bageze mu rugo rwâuwarashw ku ya 26 Gicurasi hafi ya Orlando, abapolisi bamenyeshejwe nâuwabahamagaye, basanga nyina wâumwana, Marie Ayala, agerageza kugarura […]
U Buhinde bwagerageje neza igisasu cya kirimbuzi bwise Fire-4
U Buhinde bwagerageje neza missile ballistic ya kirimbuzi, Agni-4, Minisiteri yâingabo ivuga ko igeragezwa ari âgahundaâ isanzwe. Igisasu cyageragejwe bivugwa ko gifite ubushobozi bwo kugera mu birometero ibihumbi. Igerageza ryâiyi misile ryakorewe kuri uyu wa Mbere ku kirwa cya Abdul Kalam muri leta ya Odisha, nta kibazo gikomeye ryahuye nacyo kandi byagaragaye ko ryagenze neza, […]
Huye: Abagabo 2 bakurikiranweho gutaburura umurambo
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abagabo babiri bakekwaho gutaburura umurambo bagatwara bimwe mu bice byâumubiri. Icyaha cyabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 01 Werurwe 2022 mu irimbi riherereye mu mudugudu wa Cyumba, Akagari ka Nyamugari, Umurenge wa Nyanza ho mu Karere ka Gisagara, aho mu gitondo umurambo wataburuwe udafite bimwe mu bice […]
Minisitiri aremeza ko ibibazo RDC irimo byose ari ingaruka zo kwakira impunzi zâAbanyarwanda
Mu kiganiro yagiranye na BBC, Minisitiri wâintebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akaba na Minisitiri wâibidukikije nâiterambere rirambye, Ăve Bazaiba Masudi, yagarutse ku ngamba zinyuranye za leta ye mu guhangana nâicyo yita ubushotoranyi bwâu Rwanda, agaragaza ko ibibazo Congo irimo yabitewe no kwakira impunzi zâAbanyarwanda. Kuva mu ntangiriro, Ăve Bazaiba yemeje akomeje ko […]
Leta yeretswe ko umusanzu wayo muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri utajyanye nâibiciro biri ku isoko
Umusanzu wa Guverinoma yâu Rwanda muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku ishuri ni nkeya ugereranyije nâukuntu ibiciro byâibiribwa byazamutse, kubwâibyo, ikaba ikwiye kongerwa kugirango bijyane nâibiciro biriho nkâuko byemezwa na zimwe mu mpirimbanyi nâabayobozi bâamashuri. Ikindi kibazo gikomeye cyakomeje kugaragazwa, ni icyâababyeyi bakennye badafite uburyo bwo kwishyura umusanzu usabwa mu kugaburira abana babo ku ishuri, […]
Minisitiri yishwe arasiwe mu biro bye nâuwari inshuti ye magara yo mu bwana

Kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena 2022, ibiro bya Perezida Luis Abinader byatangaje ko Minisitiri wâibidukikije muri Repubulika ya Dominikani, Orlando Jorge Mera, yarasiwe mu biro bye nâuwitwa Miguel Cruz, inshuti ye magara yari azi kuva mu bwana. Abakozi bo muri minisiteri babwiye abanyamakuru ko bumvise byibuze amasasu arindwi avugira mu biro. Polisi yahise […]
Mali: Abasirikare basezeranyije kuzasubiza ubutegetsi abasivili mu 2024
Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Mali batangaje ko bazasubiza ubutegetsi abasivili mu myaka ibiri, nyuma yo guhirika ubutegetsi muri Kanama 2020 no kutubahiriza igihe ntarengwa cyâamatora byatumye igihugu gifatirwa ibihano. Kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena, umuyobozi wa gisirikare Colonel Assimi Goita yashyize umukono ku itegeko ryasomwe kuri televiziyo ya Leta avuga ko âigihe cy’inzibacyuho […]
OIF yasubije abavuga ko haba hari amayeri ari gukoreshwa ngo Mushikiwabo azongere gutorwa
Umuryango wâibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) wasubije abanenga ibijyanye nâamatora yâumunyamabanga mukuru wawo utaha mu matora ateganijwe mu nama rusange izabera i Djerba muri Tunisia. Mu kiganiro umuvugizi wa Louise Mushikiwabo, Oria Kije Vande Weghe, yagiranye na Jeune Afrique, yateye utwatsi amakuru avuga ko haba hari amanyanga arimo gukorwa kugirango Mushikiwabo azabashe gukomeza kuyobora OIF. Jeune […]
Mercedes-Benz yahamagaje imodoka hafi miliyoni zifite ikibazo muri feri
Mercedes-Benz yatangaje ko yahamagaje imodoka zikabakaba miliyoni kubera ibibazo bishobora guterwa na sisitemu yo gufata feri. Uruganda rukora imodoka rwo mu Budage rwavuze ko ruzavugana na ba nyir’imodoka zubatswe hagati ya 2004 na 2015. Ubwoko bwa ML na GL bwâuruhererekane rwa SUVs ni zimwe mu zifite iki kibazo nkâuko iyi nkuru dukesha Euronews ikomeza ivuga. […]