Gasabo: RIB yafashe umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana w’imyaka 9

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwafashe umugore w’imyaka 37 witwa Ngiruwonsanga ukora akazi ko mu rugo ukekwaho kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 9. Ibi byabereye mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Ndera ku itariki 12 Kamena. Umuvugizi wa RIB, Murangira B. Thierry, yemeje aya makuru ubwo yavuganaga na The New Times kuri uyu wa […]

RDC: Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe asanga FARDC ihawe miliyari y’amadolari yakubita inshuro RDF

muzitoguerrier.jpg

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Adolphe Muzito, asanga Igisirikare cya FARDC gishobora kugera ku rwego rwo gukubita inshuro Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) n’inyeshyamba avuga ko gishyigikiye, mu gihe guverinoma yakongera miliyari y’Amadolari ya Amerika ku ngengo y’imari yari iteganyijwe. Uyu munyapolitiki wabaye Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]

Byibuze Abongereza 3,000 bari gufasha Ukraine mu ntambara irwana n’u Burusiya

Abongereza byibuze 3,000 bari kurwana iruhande rw’Ingabo za Ukraine mu kurwanya Ingabo z’u Burusiya nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri n’ikinyamakuru The Independent kibikesha komanda w’umutwe w’abakorerabushake b’abanyamahanga muri iyi ntambara imaze amezi hafi ane. Mamuka Mamulashvili, uyobora uyu mutwe wiswe Georgian Legion, yabwiye abanyamakuru ko muri rusange abarwanyi b’abanyamahanga bagera mu 20,000 bari mu […]

Lt. Col. Bageni wa FARDC yagaragaye ahohoterwa n’abapolisi bamwita Umunyarwanda

Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Lt. Colonel witwa Bageni yagaragaye akurubanwa yinjizwa nabi mu modoka ya polisiashinjwa kuba Umunyarwanda. Ibi bije nyuma y’aho mu minsi yashize abayobozi ba Congo cyane cyane mu gisirikare, batangarije ko bagiye gutangira guhiga bukware abitwa ibyitso by’u Rwanda bacengeye mu Gisirikare cya FARDC. Kuri twitter y’uwitwa Lwarhiba Musimwa niho […]

Imfashanyo irimo lisansi n’imiti iri mu nzira iva mu Burusiya yerekeza mu Burundi

Igihugu cy’u Burusiya kiri mu ntambara muri Ukraine, cyatangaje ko imfashanyo cyageneye u Burundi igizwe na lisansi, ifumbire mvaruganda n’imiti iri mu nzira yerekeza muri iki gihugu. Ni imfashanyo u Burusiya bwari bwijeje u Burundi mu kwezi gushize. Ambasaderi w’u Burusiya mu Burundi, ValĂ©ry Mikhaylov, yatangaje kuri uyu wa Mbere ko igihugu cye kirimo gushaka […]

Nta n’urushinge u Rwanda rwigeze ruduha – Umuvugizi wa M23

Umutwe wa M23 wari waratsinzwe mu 2013 mbere yo kongera kubura intwaro mu mpera z’umwaka ushize ushinja Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga gushyira mu bikorwa amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono muri Kenya, uremeza ko nta bufasha bw’u Rwanda, n’iyo bwaba urushinge, wigeze wakira. Ibi Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, yabitangarije Deutsche Welle, […]

UPDF igiye kwinjiza mu gisirikare abasirikare bashya 10,000

Kuri uyu wa Mbere ushize, Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyavuze ko gishaka kwinjiza byibuze abandi basirikare 10,000 mu myitozo iteganijwe gukorwa hagati y’itariki 18 Kamena n’itariki 4 Nyakanga 2022 nk’uko tubikesha Daily Monitor. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo, Brig Gen Felix Kulayigye, ngo igisirikare kirashaka abinjira mu gisirikare 8.300 basanzwe baturutse mu turere dutandukanye, abinjira mu […]

Umuraperi Youssoufa ukomoka muri RDC yahagaritse igitaramo yateganyaga i Kigali muri Nyakanga

Umuraperi w’Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Youssoufa Mabiki, wari utegerejwe mu Rwanda mu gitaramo cyari giteganyijwe ku itariki ya 1 Nyakanga, yagihagaritse kubera umwuka mubi ukomeje kugaragara hagati ya Congo n’u Rwanda kubera intambara ihuza M23 na FARDC. Ibi nyir’ubwite yabyemeje asubiza umufana we wari umusabye gusubika icyo gitaramo cy’i Kigali […]

U Burusiya buravuga ko Ukraine n’u Burayi birebye nabi byasenyuka

Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya, Viacheslav Volodin, yakangishije ko niba igitekerezo cy’uwahoze ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Pologne, Radoslaw Sikorski, cyo guha Ukraine intwaro za kirimbuzi gishyizwe mu bikorwa, amakimbirane arimo intwaro za kirimbuzi ashobora gusenya umugabane w’u Burayi. “Sikorski arateza amakimbirane ya kirimbuzi hagati mu Burayi. Ntabwo atekereza ku hazaza ha Ukraine cyangwa […]

Les rebelles du M23 s’emparent de la ville de Bunagana

Les rebelles du M23 en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo se sont emparĂ©s de la ville orientale de Bunagana, Ă  la frontiĂšre avec l’Ouganda, ont dĂ©clarĂ© lundi des militants locaux, dans un revers pour les forces congolaises qui avaient dĂ©clarĂ© un jour plus tĂŽt qu’elles tenaient les insurgĂ©s en fuite. Bunagana Ă©tait un bastion du M23 […]

U Bwongereza: Gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda yongeye kuzamo kidobya

Kuri uyu wa Mbere, abakangurambaga bo mu Bwongereza babonye amahirwe yabo ya nyuma mu rukiko kugira ngo bahagarike indege ya mbere igomba kujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza. Guverinoma yo irateganya gukomeza umugambi wo kohereza indege ya mbere itwaye abasaba ubuhungiro 31 ku wa Kabiri ivuye ku kibuga cy’indege kitaramenyekana. Ni nyuma yo gutsinda […]

Qatar iyoboye urutonde rw’Ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi

doha.jpg

Igihugu cya Qatar nicyo kiyoboye urutonde rwo mu mwaka ushize wa 2021 rw’ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi hakurikijwe umusaruro mbumbe wa buri muturage ku mwaka nk’uko tubekesha urubuga albawaba.com rwo mu Burasiazuba bwo Hagati, muri ibi bihugu hakaba hanagaragaho ibyo muri Afurika bitatu. Dore ibihugu 10 by’Abarabu bikize kurusha ibindi 1. Qatar: yaje ku […]

Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego yarezwe

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga kutakira ikirego aregwamo kuba yarerekanye inzozi ze kuba perezida igihe yizihizaga isabukuru y’imyaka 48, nyamara akiri umusirikare mukuru, kugira ngo azasimbure se, Perezida Museveni, umaze imyaka hafi mirongo ine ku butegetsi. Mu gisubizo cyabo cyo ku […]

Rubavu: Guverineri Habitegeko yijeje kurushaho gukaza umutekano hafi y’umupaka

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, François Habitegeko, yijeje gukaza umutekano mu karere nyuma yo kwiyongera kw’amakimbirane mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ubwo yaganiraga n’abaturage baturiye umupaka kuri Stade Umuganda nyuma y’umuganda ngarukakwezi wo kuwa Gatandatu ushize, Guverineri Habitegeko yavuze ko hari ingamba zafashwe zo kwizera ko intara itazaba ubwinjiriro bw’abashaka guhungabanya umutekano w’igihugu. […]

FARDC yongeye gushinja RDF uruhare mu mirwano yayihuje na M23 kuri iki Cyumweru

Ibintu byakomeje guhangayikisha mu gace ka Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri iki Cyumweru, itariki ya 12 Gicurasi 2022 kubera intambara yongeye kubura hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 byongeye kuvugwa ko zishyigikiwe n’Igisirikare cy’u Rwanda. Umuyobozi w’inyeshyamba Bertrand Bisimwa arashinja ingabo za FARDC kuba ari zo zabanje gutangiza imirwano […]

Umwami Philippe II n’Umwamikazi Mathilde b’u Bubiligi bageze i Bukavu

Kuri iki Cyumweru, itariki 12 Kamena 2022, Umwami Philippe wa II n’Umwamikazi Mathilde b’u Bubiligi bageze i Bukavu, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyepfo banyuze ku kibuga cy’indege cya Kavumu. Bavuye mu ndege, bakiriwe na Minisitiri w’Intebe Sama Lukonde na Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo, ThĂ©o Ngwabidje Kasi, n’abandi bagize guverinoma y’igihugu ndetse n’intara. Muri gahunda ye, […]

Roscosmos iremeza ko mu isanzure hari ibindi biremwa bifite ubwenge n’ikoranabuhanga rikataje

Umuyobozi w’ikigo gishinzwe ubumenyi bw’isanzure cy’u Burusiya, Dmitry Rogozin, yavuze ko yemera ko hari ahandi hari ubuzima mu isanzure hatari ku Isi ndetse hari ibiremwa bifite ubwenge n’ikoranabuhanga birenze iby’abantu. Kuri uyu wa Gatandatu, uyu muyobozi wa Roscosmos yatangarije Radiyo ya Rossiya 24 yo mu Burusiya ko ibyo biremwa bishobora kuba birimo no kwiga ibijyanye […]

Abasirikare ba Ukraine bagize batayo ya Azov bakunze kwitwa Aba-Nazi bashya ni bantu ki?

gettyimages-941357900-1533141239.jpg

Ibi byabaye urwitwazo rukomeye ku bashyigikiye intambara y’u Burusiya muri Ukraine: bemeza ko igisirikare cya Ukraine kigizwe n’Abanazi bashya. Mu gihe Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yashimangiye ko igitero cye kigamije kurandura ubu-Nazi bushya muri Ukraine, abakoresha interineti benshi muri ibi byumweru bakomeje gukwirakwiza amafoto y’abasirikare ba Ukraine bafite ibimenyetso by’Abanazi bo mu mutwe wa Azov. […]

Kivu y’Amajyepfo: Ubuyobozi bwafashe icyemezo cyo gukumira inyama ziva mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatandatu itariki ya 11 Kamena, Guverinoma y’intara ya Kivu y’Amajyepfo yabujije gucuruza inyama zituruka mu Rwanda no mu Burundi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko u Burundi butangaje ku mugaragaro ko inka zabwo zibasiwe n’icyorezo cya Rift Valley gituma amatungo ava amaraso mu mazuru. Umuyobozi w’ishami ry’intara rishinzwe uburobyi, ubuhinzi n’ubworozi, veterineri Vincent […]

Australia yishyuye u Bufaransa asaga miliyoni 500 z’Amayero y’indishyi

Kuri uyu wa Gatandatu, Australia yashyize ahagaragara amasezerano y’indishyi yagiranye na sosiyete ikora ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi y’Abafaransa yitwa Naval Group, birangiza amakimbirane y’amasezerano yateje umwuka mubi hagati ya Canberra na Paris mu gihe cy’umwaka. Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko uruganda rw’Abafaransa rwemeye indishyi ingana na miliyoni 555 z’Ama-Euro kugirango Australia […]

Nyarugenge: Arashinjwa gukubita no kwicisha umwana yibyariye inzara amuziza nyina

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge muri iki cyumweru dusoza rwaburanishije umugabo ukurikiranweho gukubita umwana mu buryo bukabije no kumwicisha inzara. Mu iburana rye, uregwa yaburanye yemera icyaha avuga ko yabitewe n’umujinya w’uko nyina yamumutanye akaba amurera wenyine nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bkuru ivuga. Ibi ngo yagiye abikora mu bihe bitandukanye ubuyobozi bw’ibanze bukabona atari uguhana […]

Loni ihangyikishijwe n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Congo irimo FDLR

Umuryango w’Abibumbye wasabye impande zose zifite uruhare mu kwiyongera kw’amakimbirane hagati ya Kinshasa na Kigali “guhita zihagarika urugomo urwo ari rwo rwose” mu turere duhana imbibi n’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yamagana imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR nk’uko tubikesha Al Jazeera. Mu kwezi gushize amakimbirane yagiye agaragara hagati ya DRC n’u Rwanda […]

Byibuze abajandarume 10 ba Burkinafaso biciwe mu gitero kuri station ya jandarumori

Ku wa Kane nimugoroba, byibuze abajandarume icumi ba Burkinafaso biciwe mu gitero cyagabwe n’abakekwaho kuba abajihadiste kuri station ya jandarumori mu majyaruguru ya Burkina Faso, hafi y’umupaka wa Niger, nk’uko byatangajwe n’abashinze umutekano kuri uyu wa Gatanu. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, aragira ati: “Ejo (ku wa kane) nimugoroba, […]

Uruzinduko rwa Papa muri RDC na Sudani y’Epfo rwasubitswe

Umuyobozi w’Ibiro bishinzwe itangazamakuru i Vatican, Matteo Bruni, yatangaje ko Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko yasubitse ingendo yagombaga kugirira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Sudani y’Epfo zari ziteganijwe mu ntangiriro za Nyakanga. Papa Fransisiko yahatiwe gushyira urugendo rwe, ku itariki itaramenyekana, ku mugabane wa Afurika, rwagombaga kumujyana muri Repubulika ya Demokarasi ya […]

Igikomangoma Charles na Camilla bazaba aba mbere mu Bwami bw’u Bwongereza basuye u Rwanda, dore gahunda yabo

Igikomangoma Charles na Camilla bazaba aba mbere mu Bwami bw’u Bwongereza basuye u Rwanda ubwo abakuru b’ibihugu na za guverinoma z’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth bazaba bahurira mu nama i Kigali muri uku kwezi. Igikomangoma cya Wales cyashimye ko Commonwealth ishobora kugira icyo ihindura, avuga ko yize byinshi mu myaka yashize ‘bivuye ku bitekerezo, impungenge […]

Umwami Philippe w’u Bubiligi yerekeje i Lubumbashi nyuma y’iminsi 3 i Kinshasa

Nyuma y’iminsi itatu i Kinshasa, mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Umwami n’Umwamikazi b’u Bubiligi kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 10 Kamena 2022 mu gitondo berekeje i Lubumbashi, umurwa mukuru w’intara ya Haut-Katanga. Bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili saa 8h15, basuhuza itsinda ryari ribaherekeje ririmo Perezida w’Inteko ishinga amategeko, […]

Huye: Akurikiranweho gukubita umugore we bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 37 ukekwaho gukubita umugore we, mu ijoro ryo ku wa 25/05/2022, mu mudugudu wa Gikomero, Akagari ka Kanyinya, Umurenge wa Maraba, Akarere ka Huye agapfa ku wa 31/05/2022. Mu ibazwa rye nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru, uregwa avuga ko yatashye agasanga […]

Masisi: Igitero mu nkambi y’abavanwe mu byabo cyahitanye abantu 9

Muri rusange, abantu 9 baguye mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye, mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 9 Kamena 2022, mu nkambi y’abavanywe mu byabo i Rujagati mu gace ka Mweso muri Gurupoma ya Bashali-Mokoto, muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu kiganiro yagiranye kuri […]

FDLR irashinjwa kwica iciye umutwe umunyamuryango wa LUCHA n’abantu bari kumwe

capture-21.jpg

Umutwe wa FDLR ugizwe n’inyeshyamba z’Abanyarwanda urashinjwa kwica imwe mu mpirimbanyi zo mu muryango utegamiye kuri leta w’urubyiruko uharanira impinduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uzwi nka LUCHA. Ubinyujije ku rubuga rwawo rwa twitter, uyu muryango wavuze ko ubabajwe no gutangaza iyicwa ry’umunyamuryango wabo, Kambale Balengeka Claude, aciwe umutwe n’inyeshyamba za FDLR. Uyu muryango […]

Kinshasa: Umwe mu basirikare barinda perezida yarashe umupolisi nawe aricwa

Umupolisi wo mu muhanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarashwe n’umwe mu basirikare bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu bakunze kwita “Mura”. Ibi byabereye kuri uyu wa Kane hafi ya Kaminuza y’Igihugu ishinzwe Uburezi (UPN) muri Kinshasa. Uwahohotewe, Erick Kabanga, yakoraga imirimo ashinzwe mu kugenzura ibinyabiziga, mu masaha yo kwihuta, ubwo uyu musirikare yamuhatiraga gufungura umuhanda […]

Des organisations caritatives britanniques demandent une injonction pour mettre fin aux expulsions de migrants vers le Rwanda

Des groupes de dĂ©fense des droits de l’homme ont soumis des documents Ă  la Haute Cour de Londres pour obtenir une injonction afin d’arrĂȘter l’expulsion prĂ©vue la semaine prochaine de demandeurs d’asile du Royaume-Uni vers le Rwanda, un plan qui a suscitĂ© de nombreuses critiques. Le gouvernement britannique a annoncĂ© en avril qu’il avait conclu […]

Hari ikindi gihugu cyo muri Afurika cyaba cyifuza kwakira abasaba ubuhungiro mu Bwongereza

Zambia ishobora kuba igihugu kizakurikiraho kuzajya cyakira abasaba ubuhunzi mu Bwongereza nyuma yo “kwerekana ko ishishikajwe” na gahunda bwagiranye na Guverinoma y’u Rwanda. Iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika amakuru ava muri guverinoma n’urwego rushinzwe kurinda imipaka avuga ko “cyaba gishishikajwe” n’iyo gahunda yo kwakira abimukira birukanwa mu Bwongereza. Icyakora, ngo gitegereje kureba uburyo […]

Nyuma ya M23, kuri ubu FARDC irafata imitwe ya Mai-Mai nk’imitwe y’iterabwoba

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko kiyemeje gufata imitwe yose ya Mai-Mai ikorera i Beni na Lubero nk’imitwe y’iterabwoba. Ibi cyabitangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Kamena 2022, nyuma y’ibitero byinshi by’iyi mitwe yitwaje intwaro byibasiye abasivili ndetse n’ibirindiro by’ingabo. Ni nyuma y’aho umutwe wa M23 umaze iminsi uhanganye […]

London: Urukiko rwasabwe kwitambika indege izohereza abimukira ba mbere mu Rwanda

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yashyikirije impapuro Urukiko Rukuru muri Londres zisaba icyemezo cyo guhagarika igikorwa cyo kohereza mu Rwanda mu cyumweru gitaha abasaba ubuhunzi mu Bwongereza muri gahunda itaravuzweho rumwe. Muri Mata, Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko yasinyanye amasezerano yo kohereza ibihumbi by’abasaba ubuhungiro mu Rwanda hagamijwe guca intege abinjiza abantu mu gihugu mu […]

Abasenateri basanga Abanyarwanda bakwiye inguzanyo zisaba inyungu nto na serivisi nziza z’imari

Abasenateri basabye ko hajyaho ingamba zo kugira ngo Abanyarwanda babone serivisi z’imari zihendutse nk’inguzanyo zishingiye ku nyungu nto zibafasha gushora imari mu bikorwa bibyara inyungu no kuzamura ubukungu. Babisabye ku wa Kabiri, itariki ya 7 Kamena 2022 mu nama nyunguranabitekerezo ku bijyanye no gutanga serivisi z’imari yabereye mu nteko. Senateri Juvenal Nkusi, Perezida wa Komite […]

Algeria yahagaritse umubano yari imaze imyaka 20 ifitanye na Espagne

Algeria yahagaritse amasezerano y’ubufatanye yari imaze imyaka 20 ifitanye na Espagne nyuma y’uko Madrid yisubiye ku kutagira aho ibogamira mu makimbirane yo muri Sahara y’Iburengerazuba. Mu itangazo ryayo ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, Perezidansi yagize iti: “Algeria yahisemo guhita ihagarika amasezerano y’ubucuti, imituranire myiza n’ubufatanye” yasinyanye na Madrid mu 2002. Muri Werurwe, kugira ngo […]

François Hollande yashakanye n’umukinnyi wa filimi bigeze gukundana mu ibanga

telemmglpict000298982105_trans_nvbqzqnjv4bqtgaz9rtlyovawaniz-zrd8w4azmxxaywfwa9wh2ciem.jpg

Nyuma y’urukundo rw’ibanga rwabaye inkuru ku Isi yose igihe rwamenyekanaga mu 2014, uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Francois Hollande, yashakanye n’umukinnyi wa filime Julie Gayet. Ku wa Gatandatu, abashakanye basezeranye mu muhango wihariye, utaritabiriwe n’abantu benshi mu Mujyi wa Tulle, muri Komini ya CorrĂšze . Aya makuru yatangarijwe ikinyamakuru La Montagne n’umuyobozi w’akarere ka Tulle, […]

Centrafrica: Amb. Rugwabiza yatashye inyubako yubatswe n’ingabo z’u Rwanda

csm_3_11ddebf8d8.jpg

Amb. Valentine Rugwabiza, intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye akaba n’umuyobozi wa MINUSCA yatashye inzu mberabyombi, yagenewe gukorerwamo inama n’ibindi birori, yubatswe na Batayo ya IV y’Ingabo z’u Rwanda. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 07 Kamena nibwo habaye umuhango wo gutaha iyo nyubako yubatswe n’Ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bwa MINUSCA mu Mujyi wa […]

Le Rwanda signe un accord de services spatiaux avec un organisme satellite mondial

fujcbzrwqaeivbs.jpg

L’Agence spatiale rwandaise (RSA) et l’Association mondiale des opĂ©rateurs de satellites (GSOA) ont signĂ© le 6 juin un accord visant Ă  promouvoir davantage les services spatiaux en tant qu’outil essentiel pour Ă©tendre la connectivitĂ© au Rwanda et sur le continent africain. L’accord touchera des domaines clĂ©s tels que le soutien au dĂ©ploiement des services de […]

Michel Platini wahoze ayobora UEFA na Sepp Blatter wayoboraga FIFA batangiye kuburanishwa

Uwahoze ari perezida wa UEFA, Michel Platini n’uwahoze ari Perezida wa FIFA, Sepp Blatter baratangira kwitaba guhera kuri uyu wa Gatatu urukiko rwo mu Busuwisi, mu rubanza rwo kwishyura gushidikanwaho kwangije umwuga wabo muri 2015. Urukiko mpanabyaha rwa Bellinzona rwatangije urubanza rw’Umufaransa w’imyaka 66 n’Umusuwisi w’imyaka 86 kubera “uburiganya”, “imicungire mibi”, “gukoresha nabi ikizere bagiriwe” […]

Umunyamerikakazi yiyemereye ko ari we watoje batayo y’abagore ya Islamic State

Umugore w’Umunyamerika yemeye ko yayoboye umutwe w’indwanyi z’abagore bose bo mu mutwe w’iterabwoba wa Leta ya Kisilamu muri Syria, ndetse akagira n’uruhare mu gutegura ibitero ku butaka bwa Amerika. Allison Fluke-Ekren yemeye icyaha aregwa cyo gutanga inkunga muri iryo tsinda kandi yemera ko yahuguye abagore n’abakobwa barenga 100 gukora ubugizi bwa nabi. Uyu mubyeyi n’umwarimukazi […]

Uganda yavumbuye mu butaka bwayo zahabu ifite agaciro ka tiliyari hafi 13 $

Uganda yatangaje ko yavumbuye ububiko bwa toni miliyoni 31 z’ubutare bwa zahabu, ishobora kuvamo zahabu yuzuye neza cyangwa icyo bita “Pure Gold” igera kuri toni 320.000. Ku munsi w’ejo, Perezida Museveni yatangaje amakuru y’ibyavumbuwe mu ijambo yagejeje ku banyagihugu, ariko atanga ibisobanuro bike, yerekana muri rusange ko amabuye y’agaciro azazanira igihugu amadolari arenga tiliyari 12 […]

Huye: Ubushinjacyaha bukurikiranye ushinjwa kwica mushiki we kubera umutungo

Umugabo w’imyaka 58 akurikiranweho n’ Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye kuba yarishe mushiki we w’imyaka 35 akoresheje umuhoro amuziza umutungo. Ni icyaha ngo cyakozwe ku itariki ya 02 Kamena 2022 mu gihe cya saa kumi z’amanywa, mu mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Matyazo, Umurenge wa Huye ho mu Karere ka Huye, ku muharuro w’aho […]

Perezida Ramaphosa arasabwa kwegura nyuma y’Amadolari adasobanutse yibwe mu gikingi cye

Kuva mu cyumweru gishize, Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, w’imyaka 69, yaciwe intege n’ihishurwa ry’ubujura bw’amafaranga yibiwe muri kimwe mu bikingi bye. Kuri uyu wa Kabiri ushize, ishyaka ry’abaharanira ubwisanzure mu bukungu (EFF) ryahamagariye Cyril Ramaphosa kuva ku mirimo ye nk’uko iyi nkur dukesha Euronews ivuga. Perezida wa Afurika y’Epfo arimo gukorwaho iperereza ku […]

Israel irashaka kugenzura byimazeyo ubutaka bwose bwa Palestina – Raporo ya Loni

Komisiyo yigenga y’iperereza yashyizweho n’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu nyuma y’igitero cya 2021 cya Israel ku karere ka Gaza yavuze ko Israel igomba gukora ibirenze guhagarika kwigarurira ubutaka abayobozi ba Palesitine bifuza kubw’igihugu kizaza. Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa Kabiri, ivuga ko “Guhagarika gutura ku ngufu byonyine bitazaba bihagije.” Irasaba ko hajyaho izindi […]

Kenya: Hemejwe abakandida bane bazahangana mu matora yo muri Kanama

Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Kenya yemeje abakandida bane bazahangana mu matora y’umukuru w’igihugu yo kuwa 09 Kanama 2022, barmo Raila Odinga, visi perezida William Ruto n’abanyamategeko babiri. Uyu niwo mubare muto w’abakandida mu matora ya perezida kuva hashyirwaho gahunda y’amashyaka menshi mu 1992 muri iki gihugu cy’abaturanyi. Komisiyo y’amatora (IEBC) yatangaje ko mu madosiye 17 […]

Muhanga: Umusore w’imyaka 22 arashinjwa kwica barumuna be

Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena 2022, bwashyikirijwe dosiye y’umusore ukekwaho ubwinjiracyaha bwo kwica barumuna be babiri, abahoye ko nyina atamwubakiye inzu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko umusore wavutse mu mwaka wa 2000, akekwaho icyaha cy’ubwinjiracyaha bw’ubwicanyi yaba yarakoreye barumuna be babiri, cyabereye mu Murenge wa Nyarusange, […]

USA: Ubutabera bwategetse ifatirwa ry’indege ebyiri za Roman Abramovich

Kuri uyu wa Mbere ushize, Minisiteri y’ubutabera y’Amerika yategetse ko hafatirwa indege ebyiri z’umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, yemeza ko zakoreshejwe harenzwe ku bihano byafatiwe u Burusiya nyuma yo gutera Ukraine. Minisiteri yasobanuye mu nyandiko zemewe n’amategeko ko indege, Boeing 787-8 Dreamliner hamwe n’indege ya Gulfstream G650ER, zagurutse mu kirere cy’u Burusiya nyuma yo gushyiraho ku […]

Umwana w’imyaka 2 yishe se amurashe nyina arafungwa

Umwana w’imyaka 2 yishe se ku bw’impanuka muri Leta ya Florida, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amurashishije imbunda yari irimo amasasu ariko itarinzwe n’ababyeyi be nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri uyu wa Mbere. Bageze mu rugo rw’uwarashw ku ya 26 Gicurasi hafi ya Orlando, abapolisi bamenyeshejwe n’uwabahamagaye, basanga nyina w’umwana, Marie Ayala, agerageza kugarura […]

U Buhinde bwagerageje neza igisasu cya kirimbuzi bwise Fire-4

U Buhinde bwagerageje neza missile ballistic ya kirimbuzi, Agni-4, Minisiteri y’ingabo ivuga ko igeragezwa ari “gahunda” isanzwe. Igisasu cyageragejwe bivugwa ko gifite ubushobozi bwo kugera mu birometero ibihumbi. Igerageza ry’iyi misile ryakorewe kuri uyu wa Mbere ku kirwa cya Abdul Kalam muri leta ya Odisha, nta kibazo gikomeye ryahuye nacyo kandi byagaragaye ko ryagenze neza, […]

Huye: Abagabo 2 bakurikiranweho gutaburura umurambo

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abagabo babiri bakekwaho gutaburura umurambo bagatwara bimwe mu bice by’umubiri. Icyaha cyabaye mu ijoro ryo ku itariki ya 01 Werurwe 2022 mu irimbi riherereye mu mudugudu wa Cyumba, Akagari ka Nyamugari, Umurenge wa Nyanza ho mu Karere ka Gisagara, aho mu gitondo umurambo wataburuwe udafite bimwe mu bice […]

Minisitiri aremeza ko ibibazo RDC irimo byose ari ingaruka zo kwakira impunzi z’Abanyarwanda

Mu kiganiro yagiranye na BBC, Minisitiri w’intebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akaba na Minisitiri w’ibidukikije n’iterambere rirambye, Ève Bazaiba Masudi, yagarutse ku ngamba zinyuranye za leta ye mu guhangana n’icyo yita ubushotoranyi bw’u Rwanda, agaragaza ko ibibazo Congo irimo yabitewe no kwakira impunzi z’Abanyarwanda. Kuva mu ntangiriro, Ève Bazaiba yemeje akomeje ko […]

Leta yeretswe ko umusanzu wayo muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri utajyanye n’ibiciro biri ku isoko

Umusanzu wa Guverinoma y’u Rwanda muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku ishuri ni nkeya ugereranyije n’ukuntu ibiciro by’ibiribwa byazamutse, kubw’ibyo, ikaba ikwiye kongerwa kugirango bijyane n’ibiciro biriho nk’uko byemezwa na zimwe mu mpirimbanyi n’abayobozi b’amashuri. Ikindi kibazo gikomeye cyakomeje kugaragazwa, ni icy’ababyeyi bakennye badafite uburyo bwo kwishyura umusanzu usabwa mu kugaburira abana babo ku ishuri, […]

Minisitiri yishwe arasiwe mu biro bye n’uwari inshuti ye magara yo mu bwana

_125299422_dominicanminister.png.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena 2022, ibiro bya Perezida Luis Abinader byatangaje ko Minisitiri w’ibidukikije muri Repubulika ya Dominikani, Orlando Jorge Mera, yarasiwe mu biro bye n’uwitwa Miguel Cruz, inshuti ye magara yari azi kuva mu bwana. Abakozi bo muri minisiteri babwiye abanyamakuru ko bumvise byibuze amasasu arindwi avugira mu biro. Polisi yahise […]

Mali: Abasirikare basezeranyije kuzasubiza ubutegetsi abasivili mu 2024

Abasirikare bahiritse ubutegetsi muri Mali batangaje ko bazasubiza ubutegetsi abasivili mu myaka ibiri, nyuma yo guhirika ubutegetsi muri Kanama 2020 no kutubahiriza igihe ntarengwa cy’amatora byatumye igihugu gifatirwa ibihano. Kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Kamena, umuyobozi wa gisirikare Colonel Assimi Goita yashyize umukono ku itegeko ryasomwe kuri televiziyo ya Leta avuga ko “igihe cy’inzibacyuho […]

OIF yasubije abavuga ko haba hari amayeri ari gukoreshwa ngo Mushikiwabo azongere gutorwa

Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) wasubije abanenga ibijyanye n’amatora y’umunyamabanga mukuru wawo utaha mu matora ateganijwe mu nama rusange izabera i Djerba muri Tunisia. Mu kiganiro umuvugizi wa Louise Mushikiwabo, Oria Kije Vande Weghe, yagiranye na Jeune Afrique, yateye utwatsi amakuru avuga ko haba hari amanyanga arimo gukorwa kugirango Mushikiwabo azabashe gukomeza kuyobora OIF. Jeune […]

Mercedes-Benz yahamagaje imodoka hafi miliyoni zifite ikibazo muri feri

Mercedes-Benz yatangaje ko yahamagaje imodoka zikabakaba miliyoni kubera ibibazo bishobora guterwa na sisitemu yo gufata feri. Uruganda rukora imodoka rwo mu Budage rwavuze ko ruzavugana na ba nyir’imodoka zubatswe hagati ya 2004 na 2015. Ubwoko bwa ML na GL bw’uruhererekane rwa SUVs ni zimwe mu zifite iki kibazo nk’uko iyi nkuru dukesha Euronews ikomeza ivuga. […]