U Burundi bwavuye ku izima buhindura umuvuno mu kurwanya Covid-19
Abategetsi bâu Burundi bahinduye umuvuno mu bijyanye no kwirinda ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19 bakomeje gukerensa igihe kirekire, aho kuri ubu bavuye ku izima bagafata icyemezo cyo gufunga ahantu hose hahurira abantu benshi nkâibibuga byâumupira wâamaguru, ibitaramo, utubari, nâahandi nyuma yâaho mu byumweru bibiri bivugwa ko hamaze kuboneka abantu basaga 1100 banduye Covid-19 mu Ntara ya […]
Ubuvuzi bwa Kanseri yâinkondo yâumura bukomeje kugezwa mu bigo nderabuzima
Abagore bari hagati yâimyaka 30 na 49 bakanguriwe kujya kwisuzumisha ku bwinshi kanseri yâinkondo yâumura nyuma yâaho Ministeri yâubuzima yatangije ibikorwa byo kuvurira iyi kanseri mu bigo nderabuzima byo mu Karere ka Bugesera. Dr uwinkindi Francois, ushinzwe indwara zitandura mu kigo cyâigihugu gishinzwe ubuzima RBC, asobanura ko abagore bakuze batabashije kubona urukingo bakwiye kujya bisuzumisha […]
Yabaho Koreya ya Ruguru yizihije imyaka 73 imaze mu karasisi kadasanzwe

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuwa Kane, Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere yakoze akarasisi ko kwizihiza imyaka 73 igihugu kimaze kivutse ikoresheje imashini zihinga nâamakamyo ya kizimyamwoto aho kugaragaza ibisasu bya missiles birimo ubumara bwa kirimbuzi nkâuko yari isanzwe ibigenza yerekana ingufu zayo. Ibinyamakuru bitandukanye biravuga ko aka karasisisi kabaye […]
Muhanga: Umucungamutungo arashinjwa kunyereza umutungo wa SACCO Inyumba
Ku wa 6 Nzeri 2021, Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwashyikirijwe dosiye iregwamo Umucungamutungo wa SACCO Inyumba ya Kayumbu, ukekwaho icyaha cyo kunyereza umutungo nâicyo gukoresha inyandiko mpimbano, mu gihe Perezidante wâiyo SACCO we akekwaho icyo kutamenyekanisha icyaha cyâubugome. Kuva mu kwezi kwa 12/2020 kugeza mu kwezi kwa 04/2021, umucungamutungo wa SACCO Inyumba ya Kayumbu […]
Zimbabwe: Abakozi ba leta bahitishijwemo kwikingiza cyangwa kwegura
Mu rwego rwo gukomeza gukumira ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19, Leta ya Zimbabwe yarushijeho gukaza ingamba kuri uyu wa Kabiri isaba abakozi ba leta, cyane cyane abarimu kwikingiza bakwanga bakegura ku mirimo yabo kugira ngo abantu barusheho kwitabira kwikingiza. âNiba ukoreshwa na guverinoma, mu rwego rwo kurengera abandi ndetse n’abo ukorera, ikingize. â uyu ni Minisitiri […]
Umuyobozi wa station ya polisi muri Mbarara yishwe nâabantu bitwaje intwaro
Abagizi ba nabi batamenyekanye, bitwaje imbunda nâimihoro, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri bishe ukuriye station ya polisi ya Ruharo, mu Mujyi wa Mbarara mu gihugu cya Uganda. Samson Kasasira, umuvugizi wa polisi muri Rwizi, yavuze ko uwishwe ari Richard Agaba wari uri mu kazi ubwo yagwaga mu gico cyâabagizi ba nabi bari bitwaje […]
Umuyobozi wa guverinoma nshya yâAbatalibani wafatiwe ibihano na Loni ni muntu ki?

Abatalibani bahaye Mullah Mohammad Hasan Akhund inshingano zo kuyobora Guverinoma yâagateganyo ya Afghanistan nyuma yâibyumweru hafi bitatu bisubije igihugu bari barambuwe mu 2001. Mullah Akhund ari ku rutonde rwâabafatiwe ibihano nâUmuryango wâAbibumbye kandi yari umuyobozi wâigihe kirekire wâurwego rufata ibyemezo rwâAbatalibani ruzwi nka âRehbari Shuraâ, cyangwa akanama yâubuyobozi. Yigeze kuba minisitiri wâububanyi nâamahanga na minisitiri […]
Kenya igiye gushinga ibiro biyihagarariye (Consulat) mu Mujyi wa Goma
Repubulika ya Kenya yatangaje ko igiye gufungura ibiro bihagarariye inyungu zayo cyangwa igisa nkâambasade (Consulat) mu Mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, binyuze mu masezerano hagati ya Perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we Uhuru Kenyatta. Ibi byatangarijwe itangazamakuru ryâi Goma kuwa Mbere, itariki 06 Nzeri 2021, bitangajwe na Edwin Afande, umuyobozi muri minisiteri […]
Institut Pasteur igiye gutangira igerageza ryâumuti wâicyorezo gihangayikishije Isi
Ikigo cyâubushakashatsi mu byâimiti cy’Abafaransa kizwi nka Institut Pasteur kirimo gushaka abantu magana barwaye Covid-19 batakingiwe ngo bakorerweho igeragezwa ryâumuti wâiki cyorezo gikomeje guhangayikisha abatuye Isi nâu Bufaransa byâumwihariko. Kuwa Mbere, iki kigo gifite icyicaro mu mujyi wa Lille cyatangaje ko cyamaze gusinyisha umurwayi wa mbere ngo akorerweho igerageza, mu cyiciro cya kabiri, ryahawe uburenganzira […]
Uganda: Abadepite 2 bafunzwe bashinjwa uruhare mu bwicanyi bwo muri Masaka
Abadepite babiri bo mu ishyaka rya NUP, rya Bobi Wine, ritavuga rumwe nâubutegetsi bwo muri Uganda, bagejejwe imbere yâurukiko bakurikiranweho kugira uruhare mu bwicanyi bumaze iminsi bwibasiye Akarere ka Masaka ndetse bahita boherezwa muri Gereza ya Kitalya. Aba badepite, Muhammad Ssegirinya na Allan Ssewanyana, bagejejwe imbere yâurukiko rwa Masaka kuri uyu wa Kabiri nyuma ya […]
Un homme arrĂȘtĂ© pour enregistrement frauduleux d’une personne non vaccinĂ©e
La police nationale du Rwanda (RNP) a arrĂȘtĂ© un homme soupçonnĂ© d’avoir saisi une personne non vaccinĂ©e dans la base de donnĂ©es afin d’obtenir un certificat de vaccination contre le Covid-19. L’arrestation de Safari Habimana, 27 ans, fait suite Ă l’information selon laquelle il avait enregistrĂ© une Vanessa Uwase comme vaccinĂ©e. Habimana a Ă©tĂ© prĂ©sentĂ© […]
Guinea: Abasivili bayoboraga intara basimbujwe abasirikare
Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea muri weekend ishize barimo baragenda bigabanya imyanya yâubuyobozi aho kuri ubu intara nâuturere dutandukanye tuyobowe nâabasirikare. Ibihugu byo mu burengerazuba bwâAfurika byakangishije Guinea kuyifatira ibihano nyuma yâihirikwa rya Alpha Conde, wari umaze umwaka atangiye kuyobora manda ye ya gatatu itaravuzweho rumwe nyuma yo guhindura itegeko nshinga. Abayobozi bâibi bihugu bateganya […]
Israel iritegura guhagarika burundu gahunda yâitunganywa ryâingufu za kirimbuzi ya Iran
Umugaba mukuru wâingabo wa Israel aravuga ko imigambi ya gisirikare yo guhagarika gahunda ya Iran yo gutunganya ingufu za kirimbuzi irimo kwihutishwa. Imyiteguro yâigikorwa gishoboka cya gisirikare kuri Iran irimo kwagurwa nkâuko Gen. Aviv Kihavi yabitangaje mu kuri uyu wa Mbere avuga ko âigice kinini cyâingengo yâimari yâingabo, nkuko byemejwe vuba aha, cyari kigamije iyi […]
Uganda irashinja ingabo za Sudani yâEpfo kugaba ibitero ku butaka bwayo
Igisirikare cya Sudani yâEpfo (SSDF) kirimo gushinjwa na Uganda gutera no gutoteza abahinzi nâabakozi bâuruganda rwâisukari rya Atiak Sugar ruherere mu Karere ka Amuru. Chairman wâAkarere ka Amuru, Micheal Lakony yahishuye ibi kuri uyu wa Mbere mu nama yakoranye na Komite yâabadepite ishinzwe ubucuruzi nâubukerarugendo. Yagize ati â Nta mbago zigaragara hagati ya Uganda na […]
Sudani: Intwaro zafatiwe ku kibuga cyâindege zivuye muri Ethiopia ntizivugwaho rumwe
Abayobozi ba Sudani ku Cyumweru bafatiye ku Kibuga cyâIndege cya Khartoum intwaro nyinshi zari zivuye Addis Abeba mu gihugu cyâabaturanyi cya Ethiopia. Ubuyobozi bwa gasutamo bwa Sudani buvuga ko bwafashe amasanduku 72 yuzuyemo imbunda, amasasu nâindebakure zâijoro nkâuko byatangajwe nâIbiro Ntaramakuru bya Sudani, SUNA. Iperereza ryatangiye gukorwa na komite ishinzwe kurandura ibisigisigi byâubutegetsi bwa Omar […]
RDC: Abaturage bariye karungu bishe umusirikare wajyanwaga ku bushinjacyaha
Umusirikare wa FARDC kuri uyu wa Mbere, itariki 06 Nzeri yishwe nâabaturage bariye karungu, muri centre ya Mambasa muri Teritwari Ituri nyuma yâaho uyu musirikare yari amaze kwica mugenzi wabo. Uyu musirikare bivugwa ko yishwe nyuma yo kwica umusivili wakoraga mu bijyanye nâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro. Yishwe ubwo yari arimo arajyanwa ku bushinjacyaha bwa gisirikare muri […]
Les Rwandais mis en garde contre la complaisance
Les responsables du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC) ont mis en garde les Rwandais contre la nĂ©gligence concernant le respect des directives de Covid-19 alors que le taux de positivitĂ© dans le pays continue de baisser, en particulier Ă Kigali. RBC a signalĂ© que le taux de positivitĂ© Ă Kigali est tombĂ© Ă 0,7% contre […]
Afurika yâEpfo: Jacob Zuma wari ufunzwe yafunguwe atararangiza igihano
Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika yâEpfo yarekuwe byâagateganyo kubera impamvu zâuburwayi, aho amaze ukwezi mu bitaro yagiyemo akuwe aho yari afungiye nkâuko byatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki 5 Nzeri 2021. Ku myaka 79, Jacob Zuma yari afunze kuva muri Nyakanga, nyuma yo gukatirwa igifungo cyâamezi 15 azira gusuzugura urukiko, nyuma yâaho yanze kwitaba […]
Guinea: Urujijo ruracyari rwose nyuma yâihirikwa rya Perezida Alpha Conde

Urujijo ruracyari rwose muri Guinea nyuma yâaho kuva kuri iki Cyumweru Perezida Alpha Conde ahiritswe ku butegetsi agatabwa muri yombi n’abayobozi b’ingabo zidasanzwe bayobowe na Lt. Col. Mamady Doumbouya, bagashyiraho isaha ntarengwa yo gutaha bagafunga nâimipaka. Nyuma yâamasaha 24 yo kugaragara gutunguranye kwâaba basirikare batunguranye, biravugwa ko ibintu bikiri mu rujijo. Abatuye mu Mujyi wa […]
Libya: Umuhungu wa Muammar Kadhafi wari uri muri gereza yafunguwe
Saadi Gaddafi, umuhungu wâuwahoze ari umuyobozi wa Libya, Muammar Kadhafi wahiritswe ku butegetsi mu 2011, yarekuwe muri gereza yari afungiyemo nkâuko byatangajwe na minisiteri yâubutabera yâiki gihugu. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rigira riti â Saadi Muammar Kadhafi yafunguwe muri gereza,â ryongeyeho ko ibi byabaye hakurikijwe umwanzuro wâurukiko ariko iri tangazo ntirivuga niba akiri mu gihugu. Ni […]
Abatalibani bigaruriye Intara ya Panjshir yari igifitwe nâingabo zanze kuyamanika
Abatalibani baravuga ko bigaruriye bidasubirwaho intara ya Panjshir, agace ka nyuma muri Afghanistan kari mu maboko yâingabo zahoze ari iza leta zari zaranze kuyamanika, nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Mbere nâUmuvugizi wâAbatalibani. Umuvugizi mukuru, Zabihullah Mujahid yagize ati: “Kubera iyi ntsinzi, igihugu cyacu cyakuwe mu gihirahiro cy’intambara.” Amashusho ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa mbere […]
Ngoma: Urukiko rwakatiye umugabo wishe umugore akamucamo ibice bibiri
URukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo wari ukurikiranweho kwica umugore w’umuturanyi yarangiza akamucamo ibice bibiri akabita mu gisimu cya metero zirindwi. Mu ijoro ryo ku itariki ya 26/06/2021 rishyira ku wa 27/6/2021 mu mudugudu wa Nyarunazi, Akagari ka Musumba, Umurenge wa Nyamirama, Akarere ka Kayonza ho mu Ntara yâIburasirazuba, umugabo ufite […]
Guinea: Humvikanye urusaku rukabije rwâamasasu hafi yâingoro ya perezida
Kuri iki Cyumweru i Conakry mu murwa mukuru wa Guinea humvikanye urusaku rwinshi rwâamasasu, mu gihe abasirikare bagaragaye mu mihanda yegereye ingoro yâumukuru wâigihugu aho bivugwa ko ari igikorwa cyo kugerageza guhirika ubutegetsi. Impamvu yâurwo rusaku rwâamasasu ntabwo iramenyekana kandi abayobozi ntacyo baratangaza. Mu karere ka Kaloum biravugwa ko nta nâinyoni itamba kubera abasirikare bategetse […]
Uganda: Abadepite 2 bagiye guhatwa bibazo ku bwicanyi bumaze iminsi bwibasiye Masaka
Urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu gipolisi cya Uganda (CID), rwahamagaje abadepite babiri bo mu ishyaka NUP, ritavuga rumwe nâubutegetsi, ngo babazwe ku ruhare rwabo mu bwicanyi bukomeje gukorerwa muri Masaka. Amabaruwa abiri yo ku itariki 03 Nzeri, ahamagaza Depite Muhammad Ssegirinya uhagarariye Kawempe yâAmajyaruguru mu nteko, na mugenzi we, Allan Ssewanyana uhagarariye Makindye yâuburengerazuba. Aya mabaruwa […]
Imiryango ya mbere ikize kurusha iyindi ku Isi iyiyoboye mu ibanga
Amafaranga agira agaciro gusa bitewe n’agaciro abantu bari ku butegetsi biyemeje kuyaha, mu buryo rero ategeka Isi ku rwego runaka. Amafaranga ntaguha umunezero cyangwa urukundo, ariko ashobora kugufasha kubigeraho witonze. Dore imiryango 10 ya mbere ikize ku Isi wavuga ko iyiyoboye 1. Umuryango wa Walton Amafaranga utunze: Miliyari 250 Isoko yâumutungo: Walmart Sam na Bud […]
Drones zâubwiyahuzi (Kamikaze Drones) zije guhindura byinshi ku rugamba

Indege zitagira abadereva (Drones) zirimo guhindura Isi vuba, ariko indege zitagira abadereva za gisirikare zo zirakataje mu ikoranabuhanga aho kuri ubu hakozwe nâizâubwiyahuzi bari kwita Kamikaze Drones, zikaba ari zimwe mu ntwaro zigezweho ziteye ubwoba zije guhindura byinshi mu ntambara. Izi drones zitandukanye nâizindi zisanzwe ahubwo yo wayigereranya na missile kuko itwara igisasu ikishwanyaguza iyo […]
Ituri: Inyeshyamba zishe abaturage basaga 10 zibaciye imitwe
Igitero gishya cya ADF kuri uyu wa gatandatu cyiciwemo abasivili 14 baciwe imitwe mu Ntara ya Ituri, mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nkâuko amakuru aturuka aha avuga. Iki gitero cyabereye ku dusozi twa Tsani Tsani na Mapasana, mu gice cyegereye Intara ya Kivu yâAmajyaruguru, muri Sheferi ya Walese Vonkutu nkâuko byemejwe […]
La composante police de la MINUSS fait ses adieux au chef d’Ă©tat-major sortant
La composante police de la Mission des Nations Unies au Soudan du Sud (MINUSS), le jeudi 2 septembre, a officiellement fait ses adieux Ă son chef d’Ă©tat-major, le commissaire adjoint de la police du Rwanda (ACP) Barthelemy Rugwizangoga, qui a terminĂ© sa pĂ©riode de service aprĂšs deux ans et demi de service dans la plus […]
Amaze imyaka 15 yishyura imisoro yâumuntu bitiranwa
Umugabo witwa Francis Lopez, wâimyaka 83, utuye i Montpellier mu Bufaransa, buri mwaka kuva mu 2006, amafaranga yâumusoro agomba kwishyura ya pansiyo akatwa ku muntu bahuje amazina yombi. Umuntu umaze imyaka 15 yishyura imisoro itari yagize ati âNavukiye mu mujyi umwe, umunsi umwe, dufite izina rimwe. Twitwa Francis Lopez, twembi twavukiye Oran ku ya 6 […]
Inkingo za Covid-19 zari zivuye muri Afurika yâEpfo zijyanywe i Burayi zahagarikiwe mu nzira
Gahunda yo kohereza inkingo za Covid-19 za Johnson&Johnson zari zivuye muri Afurika yâEpfo zigiye koherezwa mu Burayi zahagaritswe nkâuko byatangajwe nâintumwa ya Afurika Yunze Ubumwe, Strive Masiyiwa, kuri uyu wa Kane. Umuyobozi mukuru wâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima, Tedros Adhanom Ghebreyesus, mu kwezi gushize yari yatangaje ko yatangajwe no kumva izi nkingo zigiye kuva […]
Abasivili 2 bishwe moto 2 ziratwikwa mu kindi gico cya ADF nyuma yâicyatwikiwemo imodoka 16
Inyeshyamba za ADF zongeye kwicira abantu babiri no gutwika moto ebyiri mu kindi gico zateze ku muhanda Luna-Komanda kuri uyu wa Kane, itariki 02 Nzeri 2021 ahitwa Ndalya, muri Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri nyuma yâikindi gico ziherutse gutega zatwikiyemo imodoka 16 zikica abantu bane abandi bakaburirwa irengero. Nkâuko byatangajwe na Christophe Munyanderu, […]
Ikindi gikomangoma mu bwami bukomeye ku Isi cyeguye kijya kuba muri Amerika

Kimwe nkâibyo Meghan Markle nâIgikomangoma Harry bakoze mu 2020, Igikomangomakazi Mako cyo mu Buyapani nâumukunzi wacyo nacyo cyafashe icyemezo cyo guta inshingano zâibwami kijya gutangira ubuzima bushya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nkâuko byatangajwe na Japan Times kuwa gatatu ushize, itariki ya 1 Nzeri. Muri Mutarama 2020 umuryango wâibwami mu Bwongereza wâIgikomangoma Harry, umuhererezi […]
Burundi: Perezida yise abajyanama be ibinebwe abakata umushahara
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ku bajyanama be umunani baherutse guhagarikwa ku mirimo yabo iminsi 15, avuga ko ari abanebwe bamutana akazi ategeka ko bakatwa icya kabiri cyâumushahara wabo. Abajyanama be bari bamaze ibyumweru 2 muri ibi bihano ni Willy Nyamitwe, umujyanama mu byâitumanaho, Charles Nkusi, Umujyanama Mukuru, ushinzwe gutegura ingendo zâumukuru wâigihugu, Godefroid […]
Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga mukuru wa Loni mu gukumira jenoside ari mu Rwanda
Kuri uyu wa Kane, itariki 02 Nzeri 2021, Madame Alice Wairimu Nderitu, Umujyanama wihariye wâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye mu gukumira Jenoside, aherekejwe nâumuhuzabikorwa wâamashami ya LONI akorera mu Rwanda, yasuye Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG). Bakiriwe na Dr Bideri Diogene, Umujyanama mukuru mubyâamatego muri CNLG. Ibiganiro byabo byibanze ku gusobanukirwa inshingano za CNLG, intego […]
Le gouvernement va lancer une nouvelle phase de gestion des masques faciaux usagés
L’AutoritĂ© rwandaise de gestion de l’environnement (REMA) s’apprĂȘte Ă dĂ©ployer de nouvelles mĂ©thodes de collecte, de transport, d’Ă©limination et de gestion des masques faciaux usagĂ©s. Cette initiative Ă l’Ă©chelle nationale, qui sera dĂ©ployĂ©e au dĂ©but de l’annĂ©e prochaine, intervient aprĂšs un essai pilote rĂ©ussi qui a Ă©tĂ© menĂ© dans quatre secteurs de Kayenzi dans le […]
RDC: I Gbadolite aho Mobutu yavukiye hashinzwe urwibutso rwe

Mu Mujyi wa Gbadolite, mu majyaruguru yâuburengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hashinzwe ikibumbano cyâurwibutso rwâuwahoze ari Perezida wâiki gihugu, Malechar Mobutu Sese Seko, muri uyu mujyi wo mu Ntara ya Ubangi yâAmajyaruguru kuri ubu. Uru rwibutso rukoze mu cyuma cya bronze rwa Mobutu nâamataratara ye nâingofero yakundaga kwambara, rwazamuwe ku Cyumweru gishize I […]
Afghanistan: Uwari umusirikare wâu Bwongereza yafashwe ashaka guhungisha abantu 400
Uwahoze ari umusirikare wâu Bwongereza yafashwe agerageza guhungisha Abanyafuganisitani 400, harimo abari abakozi be, abajyana mu kindi gihugu banyuze mu nzira yâubutaka nyuma yâaho ananiwe kubabonera imyanya mu ndege zahungishaga abantu. Ben Slater, wahoze muri Royal Military Police, yari afite imiryango itegamiye kuri leta ayobora muri Afghanistan, mbere yâuko agerageza gusohora muri iki gihugu, ubu […]
Kisoro: Umushoferi nâumurinzi wâuhagarariye Museveni mu karere bafashwe bagerageza kwiba
Umushoferi ndetse nâumurinzi wâuhagarariye Perezida Museveni (RDC) mu Karere ka Kisoro, Capt. Peter Mugisha, batawe muri yombi na polisi bashinjwa kugira uruhare mu bujura bwitwaje intwaro. Abatawe muri yombi ni umushoferi Mwesigye Ronald, nâumurinzi wa RDC witwa Gerard Loki. Aba batawe muri yombi kuwa Kabiri ninjoro mu gikorwa cya polisi ifatanyije nâigisirikare nkâuko tubikesha Chimpreports. […]
Ibitaramo imbonankubone bigiye gusubukurwa, amasaha yo gutaha yigijwe inyuma

Ibitaramo nka za concerts, amaserukiramuco nâamamurikagurisha bigiye kongera gusubukurwa biba imbonankubone mu gihugu nyuma yâumwaka hafi nâigice urenga bihagaritswe kubera icyorezo cya Covid-19. Ibi ni ibikubiye mu myanzuro yâinama yâabaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame kuri uyu wa gatatu, itariki 01 Nzeri, yongeye gusuzuma ingamba zo gukumira ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19. Nkâuko bigaragara mu itangazo ryavuye […]
RDC: Imodoka zâabasivili 16 zatwitswe bamwe barapfa abandi baburirwa irengero
Inyeshyamba za ADF kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 01 Nzeri 2021 zatwitse imodoka 16 zâabasivili mu gico zari zateze ku muhanda numero 4 uhuza Luna na Komanda, mu gace ka Ofaye, muri Sheferi ya Walese-vonkutu, muri Teritwari ya Irumu, mu Ntara ya Ituri, aho bivugwa ko abantu bane bapfuye abandi bakaburirwa irengero. Aya makuru […]
Bizimana nommĂ© ministre du ministĂšre de l’unitĂ© nouvellement créé
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ©, mardi 31 aoĂ»t, Jean-DamascĂšne Bizimana, ministre du nouveau ministĂšre de l’UnitĂ© nationale et de l’Engagement civique. Dans le mĂȘme ministĂšre, Clarisse Munezero a Ă©tĂ© nommĂ©e secrĂ©taire permanente. Le ministĂšre, qui a Ă©tĂ© créé en juillet, devrait notamment se concentrer sur l’unitĂ© nationale, la mĂ©moire historique et l’Ă©ducation Ă la […]
Muhanga: Akurikiranweho kwica umucuruzi kubera amafaranga 200
Ubushinjacyaha ku Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama, bwasabiye igihano cyâigifungo cya burundu umugabo ukekwaho kwica umucuruzi wo muri butike amuhoye amafaranga magana abiri yâu Rwanda yagombaga kumugarurira. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 10 kanama 2021, mu Mudugudu wa Nyarunyinya, Akagali ka Gihinga, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi, […]
Umuryango wâumunyamakuru wishwe afasha FBI gucakira Kabuga Felicien uratabaza
Icyizere cyo kubona ubutabera cyâumuryango wâumunyamakuru wo muri Kenya, William Munuhe, wishwe ubwo yari arimo arafasha FBI gukurikirana Umunyarwanda, Kabuga Felicien, kiragenda kirushaho kuyoyoka nyuma yâaho ubutabera bwâiki gihugu bukomeje kwirangagiza ubusabe bwawo bwo guhabwa impozamarira. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru The Standard iravuga ko icyizere cyo kubona ubutabera kuri uyu muryango kigenda kiyoyoka mu gihe […]
Uganda yanze ko umwe mu Banyarwanda 2 bahiciwe ahashyingurwa
Abanyarwanda babiri, Ntwari Bahati na Dusabimana Theoneste biciwe mu gihugu cya Uganda mu buryo bwâamayobera mu minsi ibiri ikurikiranye, ku Cyumweru no kuwa Mbere. Ntwari Bahati yasanzwe yapfuye asa nkâuwanizwe kugeza ashizemo umwuka, i Kampala, mu murwa mukuru wa Uganda, ku Cyumweru itariki 29 Kanama nkâuko byatangajwe nâumuryango we. Abo mu muryango we bavuga ko […]
Tanzania: Umuyobozi wa CHADEMA uregwa ibyaha byâiterabwoba yagejejwe mu rukiko
Umunyapolitiki Freeman Mbowe utavuga rumwe nâubutegetsi muri Tanzania, kuri uyu wa Kabiri, itariki 31 Kanama yageze imbere yâUrukiko Rukuru rwa Dar es Salam, aho akurikiranweho ibyaha byâiterabwoba, mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi nâabaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko uru rubanza rushingiye ku mpamvu za politiki. Ku rukiko hari imbaga yâabantu, abayobozi bâabatavuga rumwe nâubutegetsi bari […]
Umutwe wa TPLF wambuwe ibirindiro byâingenzi wari ufite muri Amhara
Igisirikare cya Ethiopia cyongeye kwigarurira agace ka Debre Zebit, kâingenzi ku karere ka Amhara, kari kari mu maboko yâinyeshyamba zâumutwe wa TPLF. Aka gace kigaruriwe nyuma yo kugasukaho ibisasu bya bombe mbere yâuko ingabo za Ethiopia zifatanyije nâabarwanyi bo muri Amhara zitsinsura abarwanyi ba TPLF muri Debre Zebit nâahandi hahakikije. Ibiro Ntaramakuru Nyafurika, APANews bivuga […]
Deux Rwandais assassinés en Ouganda dans des circonstances mystérieuses
Un ressortissant rwandais identifiĂ© comme Ntwari Bahati a Ă©tĂ© retrouvĂ© mort par strangulation apparente, dans la capitale ougandaise Kampala la veille du dimanche 29 aoĂ»t selon des sources familiales. Selon eux, il y a Ă©galement eu une tentative de brĂ»ler le corps du dĂ©funt, qui travaillait comme mĂ©canicien automobile Ă Kampala. Il avait vĂ©cu en […]
Uwari minisitiri muri Afghanistan atunzwe no kugemura ibyo kurya ku igare mu Budage

Uwahoze ari minisitiri wâitumanaho muri Afghanistan, Sayed Sadaat kuri ubu akora akazi ko kugenda ajyana ibyo kurya ku bantu babaiguze kuri internet akoresheje igare mu gihugu cyâu Budage, aho ubuzima abayeho bushobora kuba ari bwo butegereje benshi mu banyafuganistani bari guhunga kuri ubu. Uyu yari minisitiri mu gihugu cye mbere yo kwimukira mu Budage, ariko […]
Igerageza rishya ryâurukingo rwa virus itera sida ryakubise igihwereye
Kuri uyu wa Kabiri, Johnson & Johnson yatangaje ko urukingo rwari mu igeragezwa rwananiwe kurinda bihagije virusi itera SIDA muri Afurika yo munsi yâubutayu bwa Sahara ku bakobwa bakiri bato bafite ibyago byinshi byo kwandura. Kunanirwa kâurukingo mu cyiciro cyo hagati byerekana imbogamizi zâiterambere ryâinkingo, cyane cyane kuri virusi itera sida cyangwa izindi zitera indwara […]
Igisirikare cya Amerika cyasize gifunze indege za gisirikare nâimodoka cyasize i Kabul
Igisirikare cya Amerika cyasize kiborotse ibikoresho bya gisirikare birimo indege nâimodoka zâintambara cyasize muri Afghanistan ku buryo bitakongera gukoreshwa mbere yo kuhavana abasirikare bacyo ba nyuma bari basigaye ku butaka bwâiki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kanama 2021. Indege ya nyuma yâIgisirikare cya Amerika yahagurutse ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga kitiriwe Hamid Karzai cya […]
Abarundi 8 bari bagiye gucuruzwa muri Arabia Saoudite batabawe
Ishami rishinzwe kurwanya icuruzwa ryâabantu muri Uganda rifite ibiro muri minisiteri yumutekano, ryatabaye Abarundi 8 bari bagiye gucuruzwa muri Arabia Saoudite banyujijwe muri iki gihugu. Nkâuko byatangajwe na Agnes Igoye, umuhuzabikorwa wungirije wâishami rishinzwe kurwanya icuruzwa ryâabantu, aba Barundi 8 basanzwe muri hotel yo mu gace ka Kabalagala, ahasanzwe nUmunyayemeni witwa Ramsey Muhammad wari ugiye […]
Afghanistan: Amerika yasoje ubutumwa bwayo ku mugaragaro ihungishije abantu 79,000
Abasirikare ba nyuma ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari basigaye muri Afghanistan baraye bahagurutse ku Kibuga cyâindege cya Kabul, Pentagon itangaza ku mugaragaro ko ubutumwa bwari bumaze imyaka 20 yintambara bushyizweho akadomo. Gen. Kenneth McKenzie, Komanda wâubuyobozi bukuru bwâingabo za Amerika, yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahungishije abantu 79,000 bavanwa Kabul barimo […]
Paris: Urukiko rwanze ubusabe bwâababuranira Agathe Habyarimana
Nyuma yâimyaka 14 yâurujya nâuruza mu nkiko ariko urubanza rutaba, Urukiko rwâUbujurire rwa Paris kuri uyu wa Mbere rwateye utwatsi ubusabe bwâabunganira Agathe Habyarimana bwo kudakurikiranwa nâubutabera. Kutaburanisha urubanza bishobora gutangazwa n’ubutabera mu gihe bubonye ko dosiye idafite ibintu biremereye, kandi iyi yari impamvu yatanzwe n’abunganizi ba Agathe Habyarimana. Ariko urukiko ntirwigeze rufata icyemezo ku […]
Burundi: Uwari uhagarariye u Rwanda yatunguranye mu Munsi w’Imbonerakure
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yijeje Abarundi ko ibyâumubano wâigihugu cye nâu Rwanda bikomeje gushakirwa umuti anagira ubutumwa aha Abanyarwanda yanyujije ku muntu wari uhagarariye u Rwanda wari witabiriye imihango yo kwizihiza Umunsi wâImbonerakure wabaye kuwa gatandatu ushize, itariki 28 Kanama 2021. Ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe urubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD (Imbonerakure Day) riri ku butegetsi […]
Afghanistan: Ikibuga cyâindege cya Kabul cyagabweho ikindi gitero cya za rokete

Kuri uyu wa Mbere ku Kibuga cyâIndege cya Kabul harashwe ibisasu bya rokete bigera muri bitanu ariko bisamirwa mu kirere nâubwirinzi bwa missiles bwâAbanyamerika mu gihe aba bari gusoza igikorwa cyo kuvana ingabo zabo muri Afghanistan. Nyuma yâuko bamaze kuhavana abantu bagera mu 144,400, barimo abanyamahanga nâAbanyafuganistani batinya kugirirwa nabi nâubutegetsi bwâAbatalibani bafashe igihugu ku […]
Abafana ba Drake bagabye igitero ku rugo Kanye West yavukiyemo

Inzu yâiwabo wa Kanye West ku ivuko mu Mujyi wa Chicago muri iyi weekend yagabweho igitero nâabafana bâUmuraperi mugenzi we Drake bahasiga ubutumwa bwo kumutera ubwoba mu gihe umwuka utari mwiza hagati yâaba baraperi bombi ukomeje gufata intera. Nkâuko bitangazwa nâibinyamakuru byo muri Amerika bitandukanye birimo Uproxx, hari ubutumwa bwasizwe ku ngazi zinjira mu rugo […]
Gicumbi: Arashinjwa gukeba igitsina cyâumwana yareraga amuziza kunyara ku buriri
Umugore wâimyaka 47 yâamavuko, ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Kigoma, ubushinjacyaha bwasabiye mu cyumweru gishize gufungwa byâagateganyo iminsi 30 ku cyaha cyo Kwangiza imyanya Ndangagitsina yâumwana wâumuhungu yareraga urubanza rwe rwatangiye kuri uyu wa Mbere. Iki cyaha cyakozwe ku itariki 03 Kanama2021 ubwo yabyukaga mu gitondo agasanga umwana yanyaye ku […]
Urukiko rwakatiye igifungo uwatutse nyina akamwandagaza mu ruhame
Urukiko rwâAkarere ka Ilala muri Tanzania kuwa gatanu ushize rwakatiye igihano cyâigifungo cyâumwaka umwe, umukobwa witwa Zabrina Mohamed Sidik, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gutuka no kwandagaza nyina, Rafika Mohamed Sidiki, amwita indaya, ikinyendaro, umujura nâibindi bitutsi. Umucamanza Martha Mpaze yatanze igihano nyuma yo kwemera ibimenyetso byatanzwe nâabatangabuhamya bane bâubushinjacyaha. Uyu mucamanza yavuze ko ubushinjacyaha […]
Kabul: Ikindi gitero ku kibuga cyâindege cyaburijwemo abasivili barimo abana barahagwa
Igitero cya Drone yâAbanyamerika cyo kuri iki Cyumweru ku modoka yuzuyemo ibiturika yarasiwe hafi yâIkibuga cyâindege cya kabul cyaguyemo nâabana bato nkâuko byemejwe nâabatangabuhamya. Aba batangabuhamya babwiye Al Jazeera ko byibuze abana batatu bari mu basivili batandatu bahitanwe nâiki gitero mu gihe ibinyamakuru bimwe bivuga ko abantu 9 bo mu muryango umwe , barimo abana […]
Buri rugo mu Mujyi wa Kigali ruzaba rufite amazi mu 2035 – WASAC
Mu 2024, 87% by’ingo zo mu Mujyi wa Kigali zizaba zifite amazi, mu gihe mu 2035 ingo 100% (Buri gipangu)zizaba zifite amazi nk’uko byemezwa n’Ikigo gishinzwe amazi isuku nâisukura WASAC, kivuga ko mu 2050 noneho buri nzu izaba ifite amazi. Ibi bikubiye mu gishushanyo mbonera kirigutegurwa nâiki kigo cyâuburyo bwo gukwirakwiza amazi mu mujyi wa […]