RDC: Abaguverineri babiri bakurikiranweho kunyereza amamiliyari
Ubugenzuzi Bukuru bwâImari ya Leta ya Congo bukurikiranye ba Guverineri babiri; Atou Matubuana, Guverineri wa Kongo-Central na Wale Lufungula wâIntara ya Tshopo. Uwa mbere akurikiranweho kunyereza akayabo ka miliyoni 5 zâAmadolari, mu gihe uwa kabiri akurikiranweho kugerageza kunyereza umutungo afatanyije nâuwahoze ari minisitiri. Umugenzuzi Mukuru wâimari ya Leta ashinja Atou Matubuana miliyoni 5 zâAmadolari angana […]
RDC ishobora kwambura Abashinwa ikirombe yabahaye nyuma yo kubona yaba irimo kwibwa
Minisitiri wâimari, Nicolas Kazadi, yatangarije ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irimo gusubiramo amasezerano yâamadorari miliyari 6 zâamadorari âyâibikorwaremezo nâamabuye y’agaciroâ hagati yayo n’abashoramari b’Abashinwa. Ni amasezerano yemereraga u Bushinwa gucukura amabuye yâagaciro nabwo bukubakira RDC ibikorwaremezo bitandukanye birimo imihanda ya gari ya moshi. Muri Gicurasi, Perezida Felix Tshisekedi […]
Ibice bimwe byâigihugu bishobora kwibasirwa nâamapfa nkâayo mu 2016 â Meteo Rwanda
Ikigo cyâigihugu cyâiteganyagihe kiravuga ko ibice bitandukanye byâintara yâiburasirazuba nâintara yâAmajyepfo bishobora kwibasirwa nâuruzuba rukabije nkâurwo mu 2016, 2010 no mu 1996. Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatanu ushize, itariki ya 27 Kanama, ubwo iki kigo cyasohoraga iteganyagihe ryâimvura ryâukwezi kwa Nzeri kugeza Ukuboza 2021. Uruzuba rukabije rwo mu 2016 nirwo u Rwanda rwagize rurerure […]
Tom Cruise yibiwe imodoka mu ifatwa ryâamashusho ya Mission: Impossible 7
Ubwo hari harimo gukinwa filimi ya « Mission : Impossible 7 » mu Bwongereza, umukinnyi wâimena wâiyi filimi, Tom Cruise yibwe imodoka yâagaciro ya BMW yari irimo ibintu bye nâabamwegereye bifite agaciro kâibihumbi bisaga 100 byâamafaranga akoreshwa mu Bwongereza. Iyi modoka ya Tom Cruise yibiwe aho yafatiraga amashusho yâigice cya karindwi cya Mission: Impossible mu […]
Burundi: Uwahoze ayobora CNDD-FDD yiyemeje gutaha nyuma y’imyaka 6 mu buhungiro
Uwahoze ari Perezida wâishyaka CNDD-FDD, Jeremie Ngendakumana umaze imyaka 6 mu buhungiro mu gihugu cyâu Bubiligi, kuri iki Cyumweru, itariki 29 Kanama ategerejwe mu gihugu cye cyâu Burundi, aho avuga ko nta keza yabonye mu mahanga, ndetse uko yahabonye atari ko yahumvaga. âNyuma yâimyaka itandatu mu buhungiro, ndizera ko igihe kigeze ngo ntahe, nkorere igihugu […]
Rusizi: Yafatanwe amabalo 18 ya magendu yâimyenda ya caguwa nâinkweto
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Kanama abapolisi bo mu ishami rya Polisi yâu Rwanda bashinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) bafashe amabalo 18 yâimyenda ya caguwa nâinkweto imiguru 30 byinjizwaga mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Ibyo bicuruzwa byafatiwe mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Gihundwe, Akagari ka Kamatita, mu midugudu ya […]
Umucuruzi wâUmunyarwanda yapfiriye muri Uganda azize impanuka itavugwaho rumwe
Umucuruzi wâUmunyarwanda witwa Sivo, wakoreraga mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Gatatu yishwe agonzwe nâimodoka mu buryo butavugwaho rumwe. Ibi byabereye mu gace ka Bujenje ku muhanda Masindi-Hoima ku isaha ya saa kumi nâimwe zâumugoroba, aho amakuru agera ku rubuga rwa VirungaPost avuga ko imodoka yagonze yaba yari itwawe nâumukozi wâUrwego rwâUbutasi bwa Gisirikare, […]
Umuturirwa wo mu Mujyi wa Dalian mu Bushinwa wafashwe nâinkongi yâumuriro
Amakamyo arenga 30 ya kizimya mwoto yahamagariwe kuzimya inyubako ndende yo mu mujyi wa Dalian mu Bushinwa. Nta bantu baramenyekana baba bagizweho ingaruka nâiyi nkongi ariko amafoto yashyizwe ahagaragara aragaragaza iri gorofa rikongoka kuva hasi kugeza hejuru. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu kuri inyubako ndende, iherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Bushinwa. Ibitangazamakuru byo mu […]
Kagame en Allemagne pour Le sommet « Compact with Africa »
Le prĂ©sident Paul Kagame est Ă Berlin, en Allemagne, oĂč, aux cĂŽtĂ©s d’autres chefs d’Ătat de divers pays africains, il participera au sommet du Pacte du G20 avec l’Afrique organisĂ© par la chanceliĂšre allemande Angela Merkel. Le sommet de cette annĂ©e comprendra un sommet du G20 sur l’investissement sur les « Conditions-cadres pour les affaires et […]
Umuherwe Berlusconi wabaye Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani yajyanwe mu bitaro
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Silvio Berlusconi yakiriwe mu Bitaro bya San Raffaele, mu Mujyi wa Milan ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nkâuko amakuru aturuka mu ishyaka rye, Forza Italia yageze kuri Reuters kuri uyu wa Gatanu avuga. Amakuru macye yagiye ahagaragara avuga ko Berlusconi yakiriwe mu bitaro ngo asuzumwe ariko nta […]
Abantu bacuruza udupfukamunwa batabifitiye uburenganzira bihanangirijwe
Abacuruza nâabakora udupfukamunwa batabifitiye uburenganzira bihanangirijwe nâIkigo gishinzwe ubuziranenge bwâibiribwa nâimiti, Rwanda FDA, kuko barimo kurenga ku mabwiriza ariho, ndetse bakaba batiza umurindi ikwirakwira rya Covid-19. Hirya no hino usanga hagurishwa udupfukamunwa ariko abantu batugura basigarana impungenge zâuko nta birango byâubuziranenge utwinshi dufite, ndetse bamwe bavuga ko batazi uko bamenya udupfukamunwa twizewe. Umwe mu baganiriye […]
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Mali yatawe muri yombi
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Mali, Boubeye Maiga, yatawe muri yombi akurikiranweho uruhare mu igurwa ryâindege yâuwari umukuru wâigihugu, Ibrahim Boubacar Keita, ritavuzweho rumwe. Impamvu ya nyayo yâitabwa muri yombi rye ntabwo irasobanuka neza, ariko rifitanye isano nâindege yaguriwe umukuru wâigihugu mu 2014 kuri miliyoni 40$ nkâuko umwunganizi we, Kassoum Tapo, yabitangarije Reuters ku murongo […]
William Ruto yambuwe abashinzwe kumurinda
Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, ari gutabaza avuga ko yambuwe abashinzwe kumurinda binyuranyije nâamategeko. William Ruto wagaragaje ko yiteguye guhatanira umwanya wâumukuru wâigihugu mu matora ataha yo mu 2022, abinyujije ku muvugizi we yavuze ko yambuwe abari bashinzwe kumurinda mu rugo rwe kuri uyu wa Kane. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rigira riti â Muri iki […]
Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bwa Aimable Karasira
Aimable Karasira Uzaramba ukurikiranweho ibyaha byo guha ishingiro jenoside yakorewe Abatusti ndetse no kuyihakana akomeje gufungwa byâagateganyo nyuma yâaho Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwe, mu gihe avuga ko atiteguye gukomeza kuburana urubanza rwe avuga ko rushingiye ku mpamvu za Politiki. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bine byo guha ishingiro no guhakana jenoside yakorewe abatutsi, gukurura […]
Rusizi: Umugabo wari ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwâIbanze rwa Kagano, mu Karere ka Rusizi, kuwa 23 Kanama rwahamije uwitwa Nigirente Jeremie wâimyaka 58 icyaha cya jenoside yari akurikiranyweho nâUbushinjacyaha maze rumuhanisha igihano cyâigifungo cya burundu. Nigirente Jeremie yari akurikiranweho ibyaha byakozwe mu mwaka wâ1994 aho yashinjwe kugira uruhare mu bitero byishe Abatutsi bari bahungiye ku cyahoze ari Superefegitura ya Rwesero ubu […]
Mama ntiyashakaga ko dufatirwa mu mutego tukicirwa mu nzu yacu â Perezida Kagame
Hashize imyaka 60 Perezida wa Repubulika, Paul Kagame avuye mu Rwanda ahunze nâumuryango we, bajya gushaka ubuhungiro muri Uganda bahunga kwicirwa mu nzu yabo ariko ntaribagirwa uko bahavuye. Ibi umukuru wâigihugu yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye nâikinyamakuru Jeune Afrique, avuga ukuntu umubyeyi we yamuhungishije bahunga kwicwa nkâuko byagendekeye benshi mu Banyarwanda nyuma mbere gato yâubwigenge […]
Uwahoze ari perezida wa Tchad ashyinguwe i shyanga
HissĂšne HabrĂ© wahoze ari Perezida wa Tchad arashyingurwa kuri uyu wa Kane mu gihugu cya Senegal ari nacyo yapfiriyemo aho yari afungiye, mu gihe hibazwaga igihe umurambo we uzacyurwa mu gihugu cye. HissĂšne HabrĂ© yabarizwaga muri Senegal kuva mu myaka 31 ishize aho yahungiye nyuma yo guhirikwa ku butegetsi na Idriss DĂ©by, muri iki gihugu […]
Musanze: Batanu barashinjwa kwica umusore wari urangije amashuri yisumbuye
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye iregwamo abantu batanu bakurikiranyweho icyaha cyâubwicanyi cyakorewe umusore wâimyaka 21. Iki cyaha cyakozwe ku itariki ya 13 Kanama 2021 ubwo umusore witwa Habimana Gad wari umaze igihe gito arangije amashuli yisumbuwe yahamagawe nâumuntu kuri telefoni amubwira ko yamuboneye LAPTOP yo kugura mu Murenge wa Kagogo, mu Karere […]
Burundi: Haravugwa iyicwa ryâImbonerakure yishwe na bagenzi bayo
Uwitwa Jean Bosco Ndihokubwayo wo muri Komini Kibago mu Ntara ya Makamba bivugwa ko yari Imbonerakure yishwe kuwa Kabiri ushize na bagenzi be bari birirwanye basangira inzoga mbere yâuko haduka amakimbirane. Umwe mu babonye uko byagenze yagize ati â Batangiye gushyamirana mu kabari. Bateranaga ubwoba. Jean Bosco nyuma yaje kwicwa atemaguwe ubwo yari arimo gutaha […]
Mozambique: Uwari minisitiri avugwaho kunyereza miliyari z’amadolari z’inguzanyo
Igihugu cya Afurika yâEpfo kigiye koherereza Mozambique uwahoze ari minisitiri wâimari, Manuel Chang, wavuzwe mu mahano adasanzwe aho yafashe umwenda mu izina ryâigihugu amafaranga akayakubita mu mufuka we. Uyu yari minisitiri wâimari kuva mu 2005 kugeza mu 2015 ku butegetsi bwa Perezida Armando Guebuza. Chang yaje gufata inguzanyo mu buryo bwa magendu ya miliyari 2,2 […]
Hari iperereza ryakorwaga kuri Rusesabagina mu Bubiligi ryari ritararangira
Umunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina wo mu Bubiligi uherutse kwirukanwa mu Rwanda aravuga ko umukiriya we yaje mu Rwanda mu gihe hari iperereza ryari riri kumukorwaho muri iki gihugu ryari ritararangira kubwâibyo agasaba ko yakoherezwa rigakomeza akaba ariho aburanira. Rusesabagina ufite ubwenegihugu bwâu Bubiligi, ategereje umwanzuro wâurukiko ku itariki 20 Nzeri aho ashobora kuzakatirwa igihano cyâigifungo […]
Corps d’un ressortissant rwandais de 24 ans retrouvĂ© par la police Canadienne
Le corps de Steve Nkusi, un ressortissant rwandais qui s’est noyĂ© dans un lac le week-end dernier, a Ă©tĂ© retrouvĂ© par la police Canadienne le mardi 23 aoĂ»t. Le corps a Ă©tĂ© retrouvĂ© dans le lac Ontario oĂč le jeune homme de 24 ans se serait noyĂ© alors qu’il cĂ©lĂ©brait un anniversaire sur un bateau. […]
Mali: Dosiye yâindege yâuwahoze ari perezida nâibikoresho bya gisirikare yongeye kuburwa
Muri Mali, ikibazo cy’indege ya perezida n’amasezerano y’ibikoresho bya gisirikare, byari byaryamishijwe mu 2018, byongeye kubyutswa. Abaminisitiri, abajyanama ba perezida n’abacuruzi bari mu bari gukurikiranwa. “Iperereza ryâinyongera ryarakozwe, kandi abaminisitiri bagombaga kumvwa barumvishijwe” nkâuko byatangajwe kuri televiziyo yâigihugu nâumushinjacyaha mukuru w’Urukiko rw’Ikirenga, Mamadou Timbo nkâuko iyi nkuru dukesha RFI ikomeza ivuga. Muri iyi dosiye yo […]
Tanzania: Igitero hafi ya Ambasade yâu Bufaransa cyahitanye abapolisi batatu

Abantu bane barimo abapolisi batatu, nâumusivili biciwe hafi ya Ambasade yâu Bufaransa mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Gatatu nkâuko byemejwe nâIgipolisi kivuga ko uwakoze ubwicanyi wari witwaje imbunda nawe yarashwe akicwa. Igipolisi kiravuga ko abandi bantu batandatu bakomeretse muri iki gitero cyagabwe nâumuntu umwe ku muhanda witiriwe Ali Hassan Mwinyi. Aya makuru yemejwe […]
Igipolisi cya Canada cyabonye umurambo wâUmunyarwanda
Ku wa Kabiri, Igipolisi cya Canada cyarohoye umurambo wâUmunyarwanda Steve Nkusi, warohamye mu kiyaga muri weekend. Umurambo watoraguwe mu kiyaga cya Ontario aho bivugwa ko uyu musore wâimyaka 24 yarohamye mu gihe bizihiza isabukuru y’amavuko mu bwato nk’uko iyi nkuru dukesha The New Times ivuga. Amakuru aturuka mu muryango we avuga ko nyuma yâuko abapolisi […]
Ruto yasubije Perezida Kenyatta wasabye abatanyuzwe na guverinoma ye kwegura
Visi perezida wa Kenya, William Ruto, kuri uyu wa kabiri yavuze ko adateze kwegura ku mirimo ye nyuma yâamasaha macye Perezida Uhuru Kenyatta asabye abantu bumva batanyuzwe na guverinoma ye kwegura. Ruto yavuze ko yiyemeje kuguma mu butegetsi bwa Jubilee kandi ko atazasubira inyuma cyangwa ngo ayamanike nubwo hari abamuhamagarira kwegura niba atemera gahunda ya […]
Kajugujugu 10 za mbere ziringirwa ku rugamba ku Isi

Ku Isi hari ubwoko bugera kuri 27 bwa kajugujugu zâintambara zo kugaba ibitero (Attack helicopters) ariko muri bwo hari ubuhiga ubundi mu mikorere no kwiringirwa ku rugamba. Dore kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero ziteye imbere kurusha izindi. 1. AH-64E Apache Guardian (USA) 2. Bell AH-1Z Viper (USA) 3. Kamov Ka-52 Hokum-B (Russia) 4. […]
Ibihugu bya Algeria na Maroc byacanye umubano
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Kanama mu kiganiro nâitangazamakuru, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Algeria, Ramtane Lamamra, yatangaje ku mugaragaro ko igihugu cye gicanye umubano nâigihugu cyâigituranyi cya Maroc. Ku itariki ya 20 Kanama, Perezidansi ya Algeria yari yatangaje ko iteganya gusubiramo ibyâumubano wayo na Maroc, iyishinja kuba yaragize uruhare mu nkongi zâumuriro zibasiye igice […]
Gicumbi: Arashinjwa kwitwikira ijoro akajya mu rugo rw’abandi gusambanya umwana
Umusore wo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, ushinjwa kuba yarateraga urugo rw’abandi mu masaha y’ijoro akajya gusambanya umwana w’umukobwa yasabiwe gufungwa byâagateganyo iminsi 30. Icyo cyaha yagikoze mu bihe bitandukanye ubwo yagiye ajya iwabo w’umwana wâumukobwa agahengera ababyeyi be baryamye umwana akamukingurira akinjira mu nzu akarara amusambanya agataha mu rukerera […]
Abanyeshuli b’abakobwa 250 bahunze Afghanistan bagiye gukomereza amasomo mu Rwanda
Abanyeshuli 250 bâAbanyafuganisitani bo mu ishuli rukumbi ryâabakobwa bâAbanyafuganistani biga bacumbikirwa mu kigo, hiyongereyeho abarezi nâababyeyi babo u Rwanda rwemeye kubakira nk’uko byemejwe nâumuyobozi wâiryo shuli wavuze ko babaye bimuriye amasomo yabo mu Rwanda mu gihe cyâigihembwe kimwe. Abo banyeshuli ni abo mu ishuli ryitwa The School of Leadership Afghanistan SOLA ryigamo abanyeshuli 250 bâabakobwa […]
Les forces rwandaises et mozambicaines encerclent la derniĂšre cachette des terroristes
Les forces rwandaises et mozambicaines ont encerclĂ© les derniĂšres zones d’opĂ©ration majeures du groupe terroriste liĂ© Ă l’Ătat islamique, Siri I et Siri II, selon des informations. Ce qui apparaĂźt comme la derniĂšre grande poussĂ©e militaire des forces conjointes contre les insurgĂ©s dans la province la plus septentrionale du Mozambique, Cabo Delgado, survient Ă peine […]
Umuyobozi wa CIA aravugwaho kubonana mu ibanga nâumuyobozi wâAbatalibani
Umuyobozi wâikigo cyâubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, CIA, William Burns, aravugwaho guhura mu ibanga nâumuyobozi wâAbatalibani, Abdul Ghani Baradar i Kabul nkâuko bitangazwa nâibinyamakuru nka Washington Post na Associated Press. Iyi nama yaba yaba yabaye mu gihe ibikorwa byo guhungisha abanya-Afghanistan nâAbanyamerika bakoreraga muri iki gihugu. Kugeza ubu abantu 16,000 bamaze guhungishwa bavanwa […]
HissĂšne HabrĂ© wayoboje Tchad inkoni yâicyuma yapfiriye muri gereza
Uwahoze ari Perezida wa Tchad, HissĂšne HabrĂ©, yapfiriye muri gereza yari afungiyemo mu gihugu cya Senegal ku myaka 79 yâamavuko. Yari afungiye muri iyi gereza nyuma yo gukatirwa igifungo cya burundu mu 2016 kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa kabiri. Ibinyamakuru byo muri Senegal byatangaje ko uyu mugabo wigeze kuyoboza Tchad inkoni […]
Rubavu: Umugabo akurikiranweho kwica umukobwa we amuziza ko yatinze gutaha
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we wâumukobwa wâimyaka 15 amuhoye ko yatinze gutaha. Iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa RukeriI, Akagari ka Bihungwe, Umurenge wa Mudende, mu Karere ka Rubavu, Intara yâUburengerazuba, ku itariki ya 11 Kanama 2021 ubwo uregwa yicaga umwana we wâumukobwa wâimyaka 15 amuziza ko yatinze […]
Perezida Duterte arateganya kurekura ubutegetsi ahita aba visi perezida

Perezida wa Philippine, Rodrigo Duterte, yemeye kuzaba umukandida wâishyaka rye (PDP-Laban) mu matora yo mu mwaka utaha ku mwanya wa visi perezida, aho asa nkâuska kwiharurira inzira yo kuzagumana ububasha nyuma yo gusoza kuva ku butegetsi nyuma ya manda yemerewe. Ishyaka PDP-Laban ryatangaje ibi mbere yâamatora yâabagize inteko ishinga amategeko ateganyijwe ku itariki 08 Nzeri, […]
Sudani: Amafaranga yanyerejwe nâubutegetsi bwa Omar al Bashir akomeje gushakirwa hasi hejuru
Banki nkuru ya Sudani irimo irahigira hasi hejuru akayabo kâamadolari yabayaranyerejwe nâuwari perezida wâiki gihugu Omar al Bashir nâabantu bamwegereye. Nkâuko bitangazwa na RFI, Banki Nkuru yâiki gihugu yafashe icyemezo cyo gufatira konti za banki zâabantu 161 bakekwaho ibikorwa byo guhungabanya ubukungu. Urutonde ruriho abantu bahoze bashyigikiye Omar al-Bashir nâabantu bo mu muryango we. Iki […]
Umunyamategeko wâUmubiligi wirukanwe mu Rwanda arateganya kuhagaruka
Umunyamategeko wâUmubiligi Vincent Lurquin uherutse kwirukanwa mu Rwanda nyuma yo gushaka kuburanira Paul Rusesabagina atabiherewe uburenganzira, aravuga ko yiteguye kugaruka ubwo urubanza ruzaba rusubukurwa mu kwezi kwa cyenda. Ibi uyu munyamategeko yabitangaje mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru nyuma yo kuva mu Rwanda nkâuko tubikesha Ijwi rya Amerika. Leta yâu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya […]
Menya ibifaru u Rwanda ruri gukoresha muri Mozambique harimo ibyo bitari bizwi ko rutunze

Ingabo zâu Rwanda ziri muri Mozambique kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado zitwaje ibikoresho bitandukanye bizifasha muri aka kazi harimo imodoka zâintambara zâumutamenwa harimo izo mu bwoko bwa Isotrex Phantom II zatunguye benshi kuko bitari bizwi ko u Rwanda ruzitunze nkâuko bitangazwa na Africanmilitaryblog. Iki kinyamakuru gikunze gukora inkuru zijyanye nâigisirikare, kivuga ko iyo […]
Sudani zombi ziyemeje gufungura imipaka yazo yari imaze imyaka isaga 10 ifunze
Ibihugu bya Sudan na Sudani yâEpfo byemeranyije gufungura imipaka yabyo nyuma yâimyaka 11 ifunze. Ibi byatangajwe nyuma yâinama yabaye hagati ya Perezida Salva Kiir na Minisitiri wâIntebe wa Sudani yâEpfo, Abdalla Hamdok nkâuko byatangajwe nâibiro bya Perezida Kiir. Nkâuko itangazo ryashyizwe ahagaragara na perezidansi The East African yabonye muri iyi weekend rivuga, ngo iyi nama […]
Amafoto: Ihere ijisho umutwe wâingabo zidasanzwe zâAbatalibani, Badri 313, zirinze Kabul

Leta nshya ya Kisilamu iyoboye Afghanistan nyuma yo kwigarurirwa nâAbatalibani yamaze gukora umutwe wiswe Badri 313 wâingabo zidasanzwe zifite ibikoresho bikomeye byiganjemo ibyo bambuye ingabo zatsinzwe. Izina ryâuyu mutwe wâabakomando bâAbatalibani bivugwa ko bafite imyitozo yo lu rwego rwo hejuru wagereranya nâizindi special Forces zo mu karere nkâu Buhinde na Pakistan, rikomoka ku rugamba rwa […]
Uganda: Umudepite nâabo bari kumwe bari bivuganwe nâabaturage barakaye
Depite Francis Mwijukye mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru yari yivuganwe nâabaturage bariye karungu nyuma yâaho imodoka ye igonze abana babiri bagahita bapfa mu Giturage cya Mbizzinya-Kyengera, hafi yâUmujyi wa Buwama, ku muhanda Kampala-Masaka. Iyi mpanuka yabaye saa kumi nâebyiri nyuma yâaho imodoka yâuyu mudepite yo mu bwoko bwa Land Cruiser Prado igonze abantu batatu, […]
Abarwanyi biyemeje guhangana nâAbatalibani bigaruriye uturere dutatu
Abasirikare bâAbanya-Afghanistan biyemeje guhangana nâubutegetsi bwâAbatalibani baravuga ko bigaruriye uturere dutatu, mu ntsinzi ya mbere yabo kuva batangiza uru rugamba rwo kurwanya Abatalibani baherutse kongera kwigarurira igihugu bari barambuwe nâAbanyamerika mu 2001. Gen. Bismillah Mohammadi, wari minisitiri wâingabo, warahiriye guhangana nâAbatalibani, abinyujije kuri twitter mu mpera zâicyumweru gishize yatangaje ko uturere twa Deh Salah, Banu […]
RDC: Umusirikare yishe umugabo wari utabaye umukobwa we wari ugiye gufatwa ku ngufu
Umugabo witwa Benjamin Nsinga yishwe nâumusirikare wa FARDC wamurashe arimo kurinda umukuriye, Umukapiteni, wari umaze gufatirwa mu cyuho nâuyu mugabo afata ku ngufu umukobwa we. Ibi bikaba byarabaye kuwa Gatandatu, itariki 21 Kanama, ku muhanda wa 15 muri Komini ya Kabondo. Nkâuko ababibonye babitangaje, umusirikare yagize ubwoba ubwo abaturage bashakaga kumuta muri yombi arasa amasasu […]
Ikiguzi ku guhererekanya amafaranga hagati ya konti ya banki nâiya MoMo cyakuweho
Ikiguzi ku ihererekanya ryâamafaranga hagati ya konti ya Banki nâiya Mobile Money byâumuntu umwe cyakuweho nkâuko byatangajwe na Banki Nkuru yâIgihugu. Ni nyuma yâuko abaturage bari bamaze iminsi binubira iki kiguzi bagaragaza ari imbogamizi kuri gahunda yo gukoresha ikoranabuhanga mu ihererekanya ryâamafaranga, bumwe mu buryo bukoreshwa mu kugabanya ikwirakwira rya COVID-19. Banki Nkuru yâIgihugu (BNR) […]
Nyamasheke: Hari aho amazi yâIkiyaga cya Kivu yatangiye gukama
Ubuyobozi bwâAkarere ka Nyamasheke buravuga ko burimo gushakisha umuti wâikibazo cyâIkiyaga cya Kivu cyatangiye gukama mu gice cyo mu Murenge wa Kagano, Akagari ka Mubumbano. Abaturage bo muri uyu murenge basaba abayobozi bireba kwihutira gukemura iki kibazo kibasiye igice kimwe cyâikiyaga cya Kivu mu Murenge wa Kagano ahazwi nko ku kiraro cya Kamiranzovu, aho umugezi […]
Abafite imyaka 18 bagiye kwibandwaho mu cyiciro cya 3 cyo gukingira Covid-19
Minisitieri yâubuzima ifatanyije nâIkigo cyâigihugu cyâUbuzima (RBC) biratangaza ko abantu basaga miliyoni mu gihugu bamaze gukingirwa Covid-19, hakaba hagiye gutangira icyiciro cya gatatu kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Kanama 2021, kigomba kwibanda ku bantu bari mu myaka 18 muri Kigali. Biteganyijwe ko iki cyiciro gikurikiye kigomba kurangira abantu 90% bari mu kigero cyâimyaka 18 […]
Uwahoze ari Perezida wa Bolivia yashatse kwiyahurira aho afungiye
Kuri uyu wa Gatandatu, uwahoze ari Perezida wa Bolivia, Jeanine Anez, yibabaje yikata imitsi yâamaboko aho afungiye muri gereza, nk’uko umwunganizi we mu mategeko, Norka Cuellar yabitangarije ibitangazamakuru byaho nyuma yâuko abapolisi babifashe nko gushaka kwiyahura. Uyu munyamategeko yabwiye abanyamakuru ati: “Uku ni ugutabaza kâuwahoze ari perezida. Yumva atotezwa cyane”. Cuellar yakomeje agira ati: “Muganga […]
RDC: Umunyapolitiki Gabriel Kyungu wagize uruhare mu gushinga UDPS yitabye Imana
Gabriel Kyungu Wa Kumwanza, washinze ishyaka UDPS afatanyije na Ătienne Tshisekedi mu ntangiriro zâimyaka ya 80 ndetse akaba yari umuntu ushyigikira cyane umuhungu wâumusangirangendo we, Felix Tshisekedi, uyoboye Repubulika ya Demokarasi ya Congo muri iki gihe, yitabye Imana kuri uyu wa Gatandatu, iariki 21 Kanama aguye i Luanda muri Angola. Gabriel Kyungu yari mu rubuga […]
Iburasirazuba: Bategekwa aho baguriramo ibikoresho batabikora bagatinda guhabwa amazi
Mu Ntara yâIburasirazuba hari abaturage bavuga ko bamwe mu bakozi ba WASAC babategeka aho bagomba kugura ibikoresho byo gukurura amazi babigurira ahandi bagatinda guhabwa amazi, mu gihe iyo ubiguriye aho bakubwiye icyumweru kidashira utarabona amazi kandi ibiciro byaho biba biri hejuru yâahandi. Aba baturage bavuga ko iyo bajyanye inyemezabwishyu zigaragaza ko baguriye ibikoresho, kuri WASAC […]
Ikibazo gikunze guteza imirwano hagati yâingabo za RDC na Zambia kigiye gukemurwa
Impuguke za Repubulika haranira emokarasi ya Congo nâiza Zambia kuva kuri uyu wa Gatanu ushize ziri Pweto, ku mupaka wâibihugu byombi aho zigiye gufatanya kongera kugaragaza imbago zibigabanya hagati yâibiyaga bya Moero na Tanganyika, aho zinyura hatavugwaho rumwe ndetse mu minsi ishize ingabo zâibihugu byombi zikaba zaraharwaniye. Ibirometero birenga 200 nibyo birebwa nâiyi mirimo yo […]
Tony Blair asanga icyemezo cyo gukura ingabo muri Afghanistan ari âubugoryiâ
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Tony Blair asanga icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zo gukura ingabo muri Afghanistan ari âubugoryiâ. Ibi akaba ari byo yatangaje bwa mbere kuva Kabul yakongera kwigarurirwa nâAbataliban mu cyumweru gishize. Tony Blair yabitangaje yigfashishije urubuga rwa twitter, ashimangira ko guta Afghanistan kwa Amerika nâabaturage ba yo âbiteye […]
Le verdict sur l’affaire terroriste du FLN est fixĂ© au 20 septembre
La Haute Cour pour les crimes internationaux et transfrontaliers a annoncĂ© que le verdict dans l’affaire de terrorisme du FLN serait rendu le 20 septembre. Le procĂšs qui dure depuis des mois implique Paul Rusesabagina, Callixte Nsabimana et 19 autres personnes qui sont jugĂ©es dans le cadre des attaques terroristes de 2018 et 2019 contre […]
Uganda: Guverinoma yahagaritse imiryango itegamiye kuri leta (ONGs) isaga 50
Guverinoma ya Uganda kuri uyu wa Gatanu yahagaritse ibikorwa byâimiryango itegamiye kuri leta (ONGs) igera 54, aho umwe muri yo uvuga ko ari ugutotezwa gushingiye kuri politiki. Ihagarikwa ryâiyi miryango bivugwa ko rishingiye ku mpamvu zitandukanye zirimo kutubahiriza amabwiriza asaba imiryango nkâiyi kutivanga muri politiki. âTwahagaritse ibikorwa byayo,â Uyu ni Steve Okello, chairman wâurwego rukurikirana […]
Abakire 10 ba mbere binjiza amamiliyoni kubera Youtube
YouTube yahinduye uburyo bwo gusangira ibiri muri videwo kandi uyumunsi YouTube ni urubuga runini kandi rworoshye rwo gusangira amashusho. YouTube yatumye abantu bakira ndetse baba abaherwe. Benshi mu bafite imiyoboro ya youtube (YouTubers) binjiza ibihumbi byâamadorari kuri YouTube buri kwezi ariko YouTube ntabwo yonyine ari yo yinjiriza aba hari nâibindi bikorwa baba bafite bamamaza bifashishije […]
Huye: Umugabo wasambanyije umwana we yakatiwe nâurukiko
Urukiko rwisumbuye rwa Huyekuwa gatatu rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo washinjwaga gusambanya umwana we, rumuhamya icyaha maze rumukatira igifungo cyâimyaka 20. Uyu mugabo yagabanyirijwe igihano rumukatira icyo gifungo kubera ko kuva yafatwa kugeza aburana mu mizi yemeye icyaha, asobanura ku buryo budashidikanywaho uko yagikoze, ko atashimishijwe no kuba yaragikoze kandi akaba yarasabye imbabazi. Ubushinjacyaha […]
RDC: FARDC irigamba kwica inyeshyamba 8 za ADF
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyatangaje ko kishe inyeshyamba 8 za ADF mu gace ka Malaya gaherereye hafi ya Boga, muri Teritwari ya Irumu, mu Ntara ya Ituri kuri uyu wa Kane, itariki 19 Kanama 2021. Aya makuru yatangarijwe 7sur7.cd kuri uyu wa Kane ubwo yavuganaga na Lt. Jules Ngongo, umuvugizi wâigisirikare muri […]
RwandAir va commencer ses vols vers Goma et Lubumbashi
Le transporteur national, RwandAir, lancera des vols directs vers les villes de Goma et Lubumbashi en RD Congo. Les vols sont programmĂ©s pour opĂ©rer sur une base hebdomadaire avec des dates encore Ă confirmer. Ces routes viennent en complĂ©ment du seul vol de RwandAir vers Kinshasa. La PDG de RwandAir, Yvonne Manzi Makolo, a dĂ©clarĂ© […]
Nyarugenge: Ushinjwa gucuruza ibiyobyabwenge yasabiwe igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatatu , itariki 18 Kanama 2021 rwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo ukurikiranweho icyaha cyo gucuruza urumogi Uyu mugabo akaba yarafatiwe mu cyuho agiye kugurisha boules 192 z’urumogi. Uyu mugabo wahawe amazina ya M.J.D yafatiwe mu cyuho ku itariki 09 Nyakanga 2021 nka saa yine za […]
Burkina Faso: Abantu 47 barimo abasivili nâabasirikare bishwe nâibyihebe
Abasivili byibuze 30 nâabasirikare 14 ba Burkina Faso biciwe mu gitero cyagabwe ku modoka bari barimo. Abaturage bavaga mu mujyi wa Dori bagana Arbinda, ni bo bibasiwe nâiki gitero gishya cyâiterabwoba. Abashinzwe umutekano nâabakorerabushake bagerageje kwica ibyihebe 58 nkâuko amakuru ava mu nzego zâumutekano avuga, mu gihe Perezida Roch Marc Christian Kabore yatangaje icyunamo cyâiminsi […]
Kivu yâAmajyaruguru: Intambara yâamagambo irakomeje hagati yâabadepite na FARDC
Nyuma yâaho FARDC kuwa Mbere ushize, itariki 16 Kanama 2021, itangarije ko abadepite hafi ya bose bavuka mu burasirazuba bwâigihugu bashyigikiye imitwe yitwaje intwaro ihakorera kandi batishimiye ibihe bidasanzwe byatangijwe nâumukuru wâigihugu hagamijwe kuhagarura amahoro, abadepite na bo bikomye igisirikare bagishinja kunanirwa guhangana nâinyeshyamba ahubwo kikabitwaza kikanabatera ubwoba. Sylvain Ekenge, umuvugizi wâubuyobozi bwa gisirikare buyoboye […]