RDC: Abashinwa bari baburiwe irengero baba barishwe
Abashinwa batatu bashimuswe n’inyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO kuva ku Cyumweru, itariki 15 Kanama 2021, baba bariciwe mu gace ka Kilo ahantu hacukurwa amabuye y’agaciro bita « AmĂ©rique », muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Aya makuru yashyizwe ahagaragara na Perezida wa Sosiyete Sivile yo mu Murenge wa Banyali-Kilo, kuri uyu wa […]
Burundi: Ubuzima bwa Minisitiri w’Intebe Bunyoni bwaba butifashe neza cyangwa ari kwegezwayo?

Nyuma y’aho hakomeje kuvugwa amakuru y’uko ubuzima bwa minisitiri w’Intebe w’u Burundi bwaba butifashe neza, Perezida Evariste Ndayishimiye aherutse gushyira umukono ku itegeko riha minisitiri w’umutekano uburenganzira bwo gutegura inama y’abaminisitiri no gukurikirana ibikorwa bya leta mu gihe Minsistiri w’intebe yaba adahari. Abakurikiranira hafi politiki y’u Burundi barasanga iri tegeko rije kugaragaza umucyo ku bibazo […]
Uganda: Umupadiri yishwe azira ubutaka bwe
Rev. Fr. Josephat Kasambula, umupadiri ubarizwa muri Diyoseze ya Kiyinda-Mityana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu yishwe n’umuturage wari warigabije isambu ye mu giturage cya Lukunyu, mu Karere ka Gomba, hafi y’ikiyaga cya Wamala, aho yari yagiye gusura ifamu ye. Nk’uko byatangajwe n’ababibonye, Padiri Kasambula ngo yatewe icyuma kugeza apfuye n’umuntu bivugwa ko yari […]
Le tribunal reporte les verdicts dans le procès pour terrorisme impliquant Paul Rusesabagina
Les jugements dans le procès pour terrorisme du FLN impliquant Paul Rusesabagina, Callixte Nsabimana et 19 autres personnes ont Ă©tĂ© reportĂ©s de vendredi Ă une date ultĂ©rieure. La Chambre de la Haute Cour pour les crimes internationaux et transfrontaliers informe le grand public que le jugement dans l’affaire Paul Rusesabagina et ses coaccusĂ©s a Ă©tĂ© […]
Moderna igiye gutangira kugerageza urundi rukingo rwa virus itera Sida
Muri iki cyumweru ikigo gikora imiti n’inkingo cya Moderna kigiye gutangira kugerageza urukingo rushingiye kuri mRNA rwo kurwanya virusi itera SIDA. Mu nyandiko cyanyujije kuri ClinicalTrials.gov mu cyumweru gishize, iyi sosiyete yerekanye ko iri gushaka abantu 56 bari hagati y’imyaka 18 kugeza kuri 50 batanduye virusi itera SIDA. Biteganijwe ko igerageza rizatangira kuri uyu wa […]
Uganda yemeye kwakira impunzi z’Abanya-Afghanistan 2000
Uganda igiye kwakira impunzi zigera mu 2000 zivuye muri Afghanistan nyuma y’aho iki gihugu cyongeye kwigarurirwa n’Abatalibani bari baracyambuwe n’abanyamareika mu 2001. Umunyamabanga wa leta ushinzwe impunzi no guhangana n’ibiza, Esther Anyakun, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko ibi bije bikurikira ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwemewe na Perezida Museveni. Yagize ati “Turateganya […]
Burundi: Abajyanama ba perezida 8 barimo Willy Nyamitwe bahagaritswe ku kazi
Abajyanama umunani b’umukuru w’igihugu cy’u Burundi barimo Willy Nyamitwe, Jean-Claude Karerwa Ndanzako n’abandi, guhera kuwa Mbere bari mu bihano byo kuba bahagaritswe ku mirimo yabo kubera imyitwarire irimo gusiba akazi nta ruhushya basabye. Byagaragaye kuwa gatanu ushize ubwo ushinzwe gutunganya imirimo mu biro by’umukuru w’igihugu, Gabriel Nizigama, yazengurukaga mu biro byose biri ku ngoro y’umukuru […]
Urubanza ku iyicwa rya Sankara ruregwamo Blaise Compaore rugiye gutangira
Ubutabera bwa Burkina Faso bwemeje ko ku itariki ya 11 Ukwakira 2021 ari bwo buzatangira urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara na bagenzi be 12, ruregwamo Blaise Compaore wahoze ari perezida w’iki gihugu. Ibi byatangajwe n’ubushinjacyaha bwa gisirikare mu Rukiko rwa Gisirikare rwa Ouagadougou mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri. Iri tangazo rikomeza […]
Uganda: Hakuweho itegeko ryabuzaga amashusho y’urukozasoni n’utujipo tugufi
Muri Uganda, Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga rwakuyeho itegeko rirwanya kureba amashusho y’urukozasoni (Pornography) ryatangiye gukurikizwa guhera mu 2014, harimo ingingo zimwe na zimwe nko kubuza kwambara utujipo tugufi (miniskirt) zamaganwe n’imiryango itegamiye kuri Leta. Nk’uko icyemezo cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, iryo tegeko hemejwe ko “ridahuye cyangwa rinyuranyije n’itegeko nshinga”. Mu cyemezo […]
Maroc yataye muri yombi Umufaransa washakishwaga ku rwego mpuzamahanga
Inzego z’umutekano za Maroc zataye muri yombi zataye muri yombi Umufaransa washakishwaga ku rwego mpuzamahanga n’ubutabera bw’igihugu cye akurikiranweho icyaha cyo kugerageza kwica mu rwego rw’agatsiko k’abakora ibyaha byateguwe. Nk’uko bitangazwa n’ubutasi bwo hanze y’igihugu mu Bufaransa, DGSN, ngo ubwo hagenzurwaga umwirorondo w’uyu Mufaransa w’imyaka 30, hagaragaye ko yanashakishwaga n’Igipolisi Mpuzamahanga, Interpol akurikiranweho kwangiza ibimenyetso […]
Covid-19: Les États-Unis enverront 488,370 doses de vaccin Pfizer au Rwanda
L’administration du prĂ©sident amĂ©ricain Joe Biden envoie 488,370 doses de vaccin Pfizer au Rwanda, y compris les premières expĂ©ditions qui font partie d’un engagement qu’il a pris lors d’un sommet du Groupe des Sept de faire don de 500 millions de doses dans le monde. Les États-Unis expĂ©dieront les doses cette semaine au Rwanda via […]
Huye: Bahangayikishijwe n’abajura bamena inzu bakanaterura inkono ku mashyiga
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukura, mu Karere ka Huye, mu Ntara y’Amajyepfo bahangayikishijwe n’abajura babapfumurira inzu, bakanaterura inkono ku mashyiga bakababwira ko uzabivuga bazamwica bamukase ingingo. Akagari ka Bukomeye muri gasantere ko muri Ngara ni ko bivugwa ko kibasiwe cyane n’ubu bujura, aho abaturage bavuga ko bamwe muri abo babazengereje birirwa bakina […]
RDC: Abashinwa 3 bakoraga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro baburiwe irengero
Abashinwa batatu bakora mu birombe by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo baburiwe irengero kuva ku Cyumweru aho bikekwa ko bashimuswe n’inyeshyamba nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere n’igisirikare. Bamwe mu basirikare ba FARDC boherejwe mu gace baheruka kugaragaramo bwa nyuma ngo babashakishe nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa gisirikare muri Ituri, Lt. Jules Ngongo. […]
Amatora: Hari abayobozi b’inzego z’ibanze bari kwiyamamaza bucece
Nyuma y’isubikwa ry’amatora y’inzego z’ibanze yagombaga kuba mu ntangiririro z’uyu mwaka wa 2021, bamwe mu bayobozi bahinduye imikorere bagamije kuramira amajwi mu gihe amatora azaba yasubukuwe. Ni amatora yagombaga kuba muri Gashyantare 2021, yasubitswe nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda isabye ko hahindurwa ingenga bihe y’ayo matora no kongerera igihe abari mu buyobozi bw’izo […]
Cameroun: Amakimbirane ashingiye ku moko yatumye abaturage 11,000 bahungira muri Tchad
Abaturage basaga 11,000 bahunze amakimbirane hagati y’abashumba n’abarobyi mu majyaruguru ya Cameroun, bageze mu gihugu cya Chad muri iyi weekend ishize nk’uko byatangajwe na Guverineri w’intara muri Tchad kuri uyu wa Mbere. Abantu byibuze 20 bishwe mu cyo abayobozi bavuga ko ari bwo bugizi bwa nabi bubi bushingiye ku bwoko bubayeho mu myaka ya vuba. […]
Gasabo: Bafashwe bavuye kwiba moto mu rugo rw’Umunyamerika undi aracika
Abapolisi bakorera mu Karere ka Gasabo bafashe Arnold Steve Girimpuhwe w’imyaka 23 ucyekwaho kwiba moto ebyiri azikuye mu rugo rw ‘umuturage wo mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimihurura, Akagari ka Kimihurura, Umudugudu wa Urwego. Girimpuhwe yafashwe kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Kanama ahagana saa kumi n’ebyiri za mu gitondo. Girimpuhwe yari mu […]
Uganda: Ba Local Defense bashya basaga 10,000 bagiye gutozwa na UPDF, igisirikare mu kindi

Ba Local Defense bashya basaga 10,000 hirya no hino mu gihugu bagiye gutangira gutozwa n’Igisirikare cya Uganda (UPDF) mu kwezi gutaha nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Commandonepost, ibintu bisa nko gukomeza kubaka igisirikare mu kindi nubwo imyitwarire y’aba yakunze kutavugwaho rumwe. Aba ba Local Defense bazaba biyongera ku bandi 25,000 basanzwe, abenshi binjijwe mu kazi mu myaka […]
Abarobyi b’Abanyarwanda barashinjwa uburobyi butemewe muri Teritwari ya Kalehe
Sosiyete sivile yo muri teritwari ya Kalehe irashinja Abanyarwanda gukora uburobyi mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mazi ya Congo muri iyi teritwari cyane cyane ahitwa Ibindja, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi sosiyete sivile yatangaje ibi kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Kanama 2021, iravuga ko abarobyi baturuka mu Rwanda bakoresha inshundura zabujijwe bakunda kwita […]
Igisirikare cya Ethiopia cyaba kivuganye abarwanyi 300 ba TPLF abandi bafatwa mpiri

Abarwanyi basaga 300 b’umutwe wa TPLF baba biciwe mu gitero gikomeye cy’Igisirikare cya Ethiopia mu karere ka Afar, nk’uko byatangajwe na komanda w’ingabo mu majyaruguru, Maj. Gen. Belay Seyoum yabitangarije ibiro ntaramakuru nyafurika APA, mbere yo kongeraho ko abandi barwanyi ba 40 ba TPLF bafashwe mpiri. Ibi bije nyuma y’icyumweru kimwe igihe cy’agahenge cyari cyaratanzwe […]
Les prix de l’essence et du diesel resteraient inchangĂ©s pendant 2 mois – RURA
L’AutoritĂ© rwandaise des services publics et de rĂ©glementation (RURA), a annoncĂ© , samedi 14 aoĂ»t, que les prix de l’essence et du diesel resteraient inchangĂ©s pendant 2 mois. L’augmentation mondiale des prix du pĂ©trole et la hausse des prix des produits pĂ©troliers qui en rĂ©sulte n’affecteront pas les Rwandais au cours des mois d’aoĂ»t et […]
Abasirikare ba UPDF bari muri Guinea Eq. bavuganye n’itangazamakuru bari mu mazi abira
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko abasirikare bakuru bavugwaho kuba barakwirakwije ibihuha by’uko ingabo za Uganda zirinda Perezida wa Guinea Equatorial zaba zenda kwivumbagatanya kubera ibibazo bitandukanye biri mu buyobozi bwabo. Biravugwa ko Gen. Muhoozi yategetse ko aba basirikare bacyurwa bagakorwaho iperereza ku gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma no […]
Nigeria: Igitero cy’Abakirisitu ku Bayisilamu cyaguyemo 22 abandi barakomereka
Abantu 22 baguye mu gitero cyagabwe kuwa Gatandatu kuri bus eshanu zari zirimo abaturage b’Abayisilamu ahitwa Jos muri Leta ya Plateau muri Nigeria, bashyinguwe kuri iki Cyumweru, mu gihe abandi 14 bakomeretse. Abayobozi hagati aho baravuga ko iyi mibare ishobora kwiyongera. Imodoka uko ari eshanu zari zitwaye abantu 90, biganjemo Abayisilamu zagabweho igitero n’abantu bitwaje […]
Ni Umudivantisti, yiswe Umu-Freemason, umukozi wa Satani, ubu ni Perezida wa Zambia
Hakainde Hichilema yavutse ku itariki 04 Kamena 1962, ni umunyemari wo muri Zambia, umunyapolitiki , Umukirisitu wo mu itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa karindwi n’ubwo hari abamwise umukozi wa Satani,ndetse akaba Perezida mushya watowe wa Zambia, nyuma yo guhatanira uyu mwanya kuva mu 2006, 2008, 2011,2015 na 2016 akaba yatsinze aya 2021. Ubuzima bwe bwite Hichilema […]
Uganda: Hubuye ibirego bishinja Abanyarwanda kuba intasi, bane batawe muri yombi
Nyuma y’igihe gito bisa nk’ibyacururutse, Leta ya Uganda yongeye gushinja u Rwanda ibirego by’ubutasi ku butaka bwayo nk’uko bigaragara mu nkuru y’ikinyamakuru Softpower bivugwa ko gikorera mu kwaha kwa Guverinoma y’iki gihugu, kivuga inzego z’umutekano zataye muri yombi Abanyarwanda bane kivuga ko ari abasirikare b’u Rwanda bakoraga ibikorwa by’ubutasi mu Mujyi wa Kyzanga, mu Karere […]
Gen Kabandana uyoboye Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique ni muntu ki?

Guhora maso, kutajenjeka, ikinyabupfura no kugira dipolomasi, ngo ni amwe mu magambo meza wakoresha usobanura Maj. Gen. Innocent Kabandana, uyoboye ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu Ntara ya Cabo Delgado, mu majyaruguru ya Mozambique kurwanya ibyihebe byari bimaze imyaka itanu byarigaruriye iyi ntara. Uyu musirikare wahoze ari umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda, afatanyije na […]
Donald Trump yasabye Joe Biden guhita yegura nyuma yo gutanga Afghanistan
Kuri iki Cyumweru, uwahoze ari Perezida Donald Trump yahamagariye Perezida Joe Biden “kwegura biteye isoni” nyuma yuko abatalibani bafashe ubutegetsi muri Afuganisitani ku cyumweru. Mu magambo ye, Trump yagize ati: “Igihe kirageze ngo Joe Biden yegure mu buryo buteye isoni kubera ibyo yemeye ko biba muri Afghanistan, hamwe no kwiyongera gukabije kwa COVID, ibibazo by’umupaka, […]
Ambasaderi yasabye Abanyarwanda muri RDC kubaha amategeko y’igihugu babamo
Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye Abanyarwanda baba muri iki gihugu kubahiriza amategeko yacyo nk’uko Abanyekongo baba mu Rwanda babigenza, ndetse ashima ibikorwa bya FARDC avuga ko bimaze guca intege mu buryo bugaragara inyeshyamba za FDLR. Ambasaderi Vincent Karega yatangaje ibi kuri uyu wa Gatandatu mu kiganiro yahaye itangazamakuru, ku biro […]
Jacob Zuma uherutse kujyanwa mu bitaro avuye muri gereza yabazwe
Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo uri mu maboko y’ubutabera yakorewe ibagwa hatatangajwe iryo ari ryo akaba akomeza kuguma mu bitaro aho agomba gukorerwa izindi operations nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru n’ubuyobozi bwa gereza afungiyemo. Zuma afungiye muri Gereza ya Estcourt aho arimo gukora igihano cy’igifungo cy’amezi 15 yakatiwe azira gusuzugura urukiko. Yajyanwe ku bitaro […]
Burundi: Bombori bombori mu ishyaka UPRONA ryayoboye igihugu imyaka isaga 30
Uwahoze ari Visi Perezida w’u Burundi, Gaston Sindimwo, aravuga ko atemera ibyo kwirukanwa mu ishyaka rye rya UPRONA na bagenzi be babiri ryongeye kwemezwa kuri uyu wa 14 Kanama 2021 ubwo hemezwaga abayobozi bashya b’iri shyaka ryayoboye u Burundi imyaka isaga 30. Bwana Gaston Sindimwo wari Visi Perezida wa mbere w’u Burundi kubwa Perezida Nkurunziza, […]
Amafaranga yinjizwa n’amabuye y’agaciro yavuye kuri miliyoni 55$ mu 2009 agera kuri miliyoni 733$ mu 2020
Uko imyaka igenda yicuma, niko n’ibijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bugenda butera imbere ari nako amafaranga bwinjiza mu gihugu agenda arushaho kwikuba ndetse hakaba hari ikizere ko buzakomeza gutera imbere nyuma y’aho u Rwanda rutangiye kugirana amasezerano n’ibindi bihugu muri uru rwego. Ababivuga bahera bahera ku masezerano u Rwanda ruherutse gusinyana na Centrafrica mu […]
RDF iravugwa ku dusozi twa Kanyesheja dukunze guteza umwuka mubi hagati ya RDC n’u Rwanda
Sosiyete sivile yo muri Kivu y’Amajyaruguru, iravuga ko udusozi tubiri twa Kanyesheja 1 na Kanyesheja 2 tutavugwaho rumwe hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, twaba turiho ingabo z’u Rwanda mu gihe bavuga ko ari utwa Congo. Ibi babitangaje mu itangazo ryabo ryo kuri iki Cyumweru, itariki 15 Kanama, ryageze kuri 7sur7.Cd dukesha […]
Abatalibani bageze mu birometero 50 uvuye i Kabul nyuma yo gufata Jalalabad
Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru Abarwanyi b’Abatalibani bigaruriye umujyi wa Jalalabad, bafunga inzira igana mu burasirazuba uvuye mu murwa mukuru, Kabul, mu gihe ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na NATO bikomeje kwitegura kuva muri iki gihugu byari bimaze imyaka 20 birwaniramo n’aba barwanyi. Biravugwa ko ubu Abatalibani bari mu birometero bitageze kuri […]
TPLF yihuje n’abo bafatanyije guhirika Col Mengistu Hailemariam bagamije gufata Addis Abeba
Inyeshyamba zo mu mutwe wa TPLF wo muri Tigray zamaze kwihuza n’inyeshyamba ziharanira kubohoza intara ya Oromo (Oromo Liberation Army) bagamije guhirika ubutegetsi bwa Ethiopia, bushinja iyi mitwe yombi kuba inyuma y’ubwicanyi bw’abasivili ibihumbi muri Oromo na Benishangul Gumuz. Kuri uyu wa gatatu ushize uyu mutwe uharanira kubohoza Oromo watangarije Associated Press ko wifatanyije na […]
Burundi: Haravugwa inyeshyamba zinjiye ziturutse muri Tanzania
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga umutekano wakajijwe ahitwa muri Komini Kibago nyuma y’abantu bitwaje ibirwanisho bagaragaye muri iki gice bikekwa ko binjiye baturutse mu gihugu cya Tanzania. Biravugwa ko kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru ari bwo hatangiye kuvugwa amakuru y’abantu bitwaje ibirwanisho binjiye muri iyi komini baturutse muri Tanzania. Abaturage babonye aba bantu […]
Abatalibani baragera amajanja Kabul nyuma yo gufata Kandahar
Abatalibani bakomeje gutera intambwe basatira umurwa mukuru wa Afghanistan Kabul, ariko aho banyuze bagenda bigarurira indi mijyi n’intara by’igihugu, ubu bakaba bamaze kwigarurira umujyi wa Kandahar na Herat, umujyi wa kabiri n’uwa gatatu munini mu gihugu nyuma ya Kabul. Hagati aho, ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza bigiye kohereza ingabo ibihumbi zo […]
Ronaldo yaba agiye kongera guhanganira na Messi muri Shampiyona y’u Bufaransa?
Amakuru ataremezwa neza ava mu Bufaransa akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko nyuma y’aho igihangange muri ruhago, Lionel Messi, kigereye mu ikipe ya PSG, ubu ngo ikindi gihangange, Cristiano Ronaldo nacyo cyIbinyamakuru by’aba kiri mu nzira cyerekeza muri Shampiyona y’u Bufaransa mu ikipe ya Monaco. Ibinyamakuru by’imikino nka Le 10 Sport kivuga ko hari […]
Gicumbi: Umugabo arashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’umuturanyi
Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 11 Kanama 2021, rwafunze by’agateganyo iminsi 30 umugabo utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Rwamiko, Akagari ka Cyuru, ucyekwaho gusambanya umwana w’Umuhungu w’imyaka 9 baturanye ariko we akaba abihakana. Icyo cyaha yagikoze muri Gicurasi 2021, ubwo yasangaga umwana ari mu nzu aho Nyirakuru yari […]
10 secteurs resteront sous verrouillage pendant encore deux semaines
Dix des 50 secteurs administratifs qui ont Ă©tĂ© placĂ©s sous verrouillage il y a quinze jours resteront sous ordonnance de sĂ©jour Ă domicile jusqu’au 31 aoĂ»t au moins. Les secteurs comprennent Byimana dans le district de Ruhango, Tumba et Gishamvu dans le district de Huye, les secteurs de Rukara, Murundi, Nyamirama et Mwiri dans le […]
RDC: Abasore bivugwa ko ari Imbonerakure bavumbuwe aho bari bihishe n’imbunda zabo
Abasore bagera kuri bane bivugwa ko ari Imbonerakure za CNDD-FDD, Enock Nshimirimana, JĂ©rĂ´me Ndayirukiye, Claude Nizigama na Jacques Ntirampeba, batawe muri yombi ku wa kabiri bafatiwe mu rutoki ruri muri Gurupoma ya Sange, mu Kibaya cya Rusizi muri Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bafite n’imbunda. Bafatanywe Kalashnikov ebyiri kandi bemera ko bagiyeyo […]
Afghanistan: Leta yemeye gusangira ubutegetsi n’Abatalibani amahoro agahinda

Nyuma y’aho Abatalibani bakomeje kwigarurira intara zitandukanye za Afghanistan, na nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru w’Intara ya Ghazni, mu birometero 130 by’amajyepfo y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru, Kabul, biravugwa ko leta y’iki gihugu yaba yiteguye gusangira nabo ubutegetsi ariko amahoro agahinda. Ifatwa ry’Umujyi wa Ghazni, umurwa mukuru w’Intara ya Ghazni ryujuje imirwa mikuru y’intara 10 imaze kwigarurirwa […]
Haribazwa ibanga rya Angela Bassett ukina Black Panther ngo akomeze kugaragara nk’inkumi ku myaka 62

Abantu batandukanye bakomeje kwibaza ku mukinnyi wa filimi w’Umunyamerikakazi, Angela Bassett w’imyaka 62 bibaza ku ibanga akoresha kugirango akmeze kugaragara nk’inkumi ku myaka ye nk’aho ikinyamakuru Afrikbuzz cyakoze inkuru cyahaye umutwe ugira uti, Angella Bassett ku myaka 62 aragaragara nk’inkumi y’imyaka 20 n’amaguru akurura. Iki kinyamakuru kivuga ko Angela Bassett ari we kimenyetso kiza cy’indirimbo […]
Perezida Cyril Ramaphosa yahaswe ibibazo na komisiyo ishinzwe iperereza kuri ruswa
Perezida Cyril Ramaphosa kuri uyu wa Gatatu yahaswe ibibazo na Komisiyo ishinzwe iperereza kuri ruswa, aho yemeye ko ubuyobozi bwa Zuma yari arimo nka visi perezida bwari bwaramunzwe na ruswa, atanga n’impamvu atigeze abweguramo niba yarabunengaga. Imbere y’iyi komisiyo, Perezida Ramaphosa yavuze ko yari afite amahitamo atanu icyo gihe ari yo: Kwegura, kwisobanura, kwemera no […]
69, abasirikare n’abasivili bamaze guhitanwa n’inkongi y’umuriro yibasiye Algeria
Abasirikare 28 n’abasivili 37 biravugwa ko bamaze guhitanwa n’inkongi z’umuriro zirenga 100 zikomeje kwibasira ibice bimwe byo muri Algeria nk’uko abayobozi babitangaje kuri uyu wa gatatu bavuga ko zimwe muri izi nkongi zaba zihishwe inyuma n’abanyabyaha. Inkongi zisaga 100 zavuzwe mu ntara 17 zo muri Algeria nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu, APS ku mugoroba […]
Kamembe: Urukiko rwakatiye abagore bari bakurikiranweho guhohotera umucamanza
Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Kanama, rwakatiye abagore bane bari bakurikiranweho icyaha cyo guhohotera umucamanza, igihano cy’umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kubahamya iki cyaha bakoreye n’ubundi kuri uru rukiko ku itariki 09 Nyakanga. Harrison Mutabazi, umuvugizi w’ubucamanza, avugana na The New Times yemeje aya makuru yongeraho ko usibye igifungo, abahamijwe […]
RDC: Umusirikare yishe arashe bagenzi be bo ku rwego rwa ofisiye nawe aricwa
Umusirikare wa FARDC usa nk’uwari wataye umutwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Kanama 2021, yishe abasirikare bagenzi be babiri bo ku rwego rwa ofisiye abarashe mu Murenge wa Rwenzori, wo muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru. Aya makuru yemejwe n’abayobozi bo muri uyu murenge barimo umunyamabanga ushinzwe ubuyobozi avugana na […]
Covid : La campagne de vaccination fait du porte-à -porte pour les personnes âgées à Kigali
Le Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC) s’est lancĂ© dans une campagne visant Ă amener les services de vaccination contre le Covid-19 dans les foyers de Kigali, ciblant spĂ©cifiquement les personnes âgĂ©es de 60 ans et plus. Selon un communiquĂ© de RBC, une hotline a Ă©tĂ© mise en place pour que quiconque puisse appeler et informer […]
Iduka rya PSG ryagurishije imipira yose ya Messi ryari rifite mu minota 30 – Amafoto

Igihangange, Lionel Messi cyatangiye gusubiza PSG amafaranga yagitanzeho kitarayikinira n’umukino wa mbere aho amakuru arimo kuvugwa ubu avuga ko nyuma y’umunsi umwe asinyiye iyi kipe abafana bayo bakoze igisa nko kugaba igitero ku iduka ryayo bashaka kwibikaho umwambaro wa numero 30 Messi azajya yambara. Ikinyamakuru The Sun cyo mu Bwongereza kiravuga ko iduka ry’ikipe ya […]
Burundi: Col. Prime Niyongabo na mugenzi we baba bafunze binyuranyije n’amategeko
Uwahoze ari Colonel witwa Prime Niyongabo, bakunda kwita Komesha, aho akomeje gufungirwa muri Gereza ya Muramvya, mu gihe igihe icyemezo cyo kumurekura by’agateganyo cyafashwe mu Ugushyingo 2020. Ni urukiko rwisumbuye rwa Muha, mu majyepfo ya Bujumbura, aho uyu wahoze mu gisirikare atuye rwafashe icyemezo cyo kumurekura ku itariki ya 16 Ugushyingo 2020. Urukiko rukaba rwarafashe […]
Gute ingabo 1000 zahindura ibintu mu byumweru bibiri? Uko abanyamahanga babona Ingabo z’u Rwanda
Ingabo z’u Rwanda zikomeje gushimagizwa hirya no hino ku Isi kubera ukuntu zikomeje kugenda zitwara mu butumwa zoherezwamo hirya no hino haba ubwo kubungabunga amahoro cyangwa uburimo ibikorwa bya gisirikare byo gufasha ibindi bihugu kurwanya umwanzi ubangamiye umudendezo wabyo, aho kuri ubu bamwe bibaza ukuntu abasirikare 1000 babasha guhindura ibintu mu kwezi kumwe muri Mozambique […]
CHADEMA irashinja Perezida Samia Suluhu kwivanga mu rubanza rw’umuyobozi wa yo
Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi buyobowe n’ishyaka Chama Cha Mapinduzi, muri Tanzania, ryikomye umukuru w’igihugu Samia Suluhu Hassan rimushinja kuvuga nabi umuyobozi waryo, Freeman Mbowe, ndetse no kwivanga mu rubanza rwe. CHADEMA (Chama cha Demokrasia na Maendeleo) yanenze ibyatangajwe na Perezida Samia Suluhu mu kiganiro yagiranye na BBC nk’uko bigaragara mu nkuru y’iki gitangazamakuru mpuzamahanga […]
Akazi gategereje Ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine Anfré

Ambasaderi mushya w’u Bufaransa mu Rwanda, Antoine AnfrĂ© yatangaje ko umubano mushya w’ibihugu byombi uzongera uruhare rw’abikorera ku mpande zombi ndetse akomoza ku ruhare u Bufaransa bugiye kugira mu kugaragaza ko mu Rwanda ari ahantu habereye gukorera business. Ibi Ambasaderi AnfrĂ© umaze igihe kitageze ku kwezi ageze mu Rwanda yabitangaje mu kiganiro yahaye itangazamakuru nyuma […]
Le Rwanda prend la tête des organes stratégiques du Corridor Nord
Le mandat de deux ans du Kenya Ă la tĂŞte des organes stratĂ©giques du Corridor Nord a pris fin et le pays a cĂ©dĂ© le flambeau au Rwanda. Lors de la 33e rĂ©union du Conseil des ministres du Corridor Nord qui s’est tenue le 6 aoĂ»t, le secrĂ©taire de cabinet kenyan au ministère de la […]
Abatalibani bigaruriye umurwa mukuru wa karindwi w’intara mu minsi itanu
Abarwanyi b’Abatalibani bigaruriye umurwa mukuru w’intara ya Farah, mu majyepfo ashyira iburengerazuba bwa Afghanistan, uba umurwa mukuru wa karindwi w’intara aba barwanyi bigaruriye mu gihe cy’iminsi itanu uhereye kuwa Gatanu ushize. “Kuri iki gicamunsi Abatalibani binjiye mu mujyi wa Farah nyuma yo kurwana gato n’inzego zishinzwe umutekano. Bafashe ibiro bya guverineri n’icyicaro gikuru cya polisi,” […]
U Bushinwa: Umunyakanada wakatiwe gufungwa imyaka 15 akajurira yakatiwe icy’urupfu
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubutabera bwo mu Bushinwa bwakatiye igihano cy’urupfu Umunyakanada, Robert Lloyd Schellenberg bwari bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Iyi akaba ari indi dosiye y’ubutabera yiyongera ku zindi zikomeje kuzana igitotsi mu mibanire hagati y’u Bushinwa na Canada. Urukiko rw’ubutabera rwa Dalian, mu burasirazuba bw’u Bushinwa nirwo rwemeje bidasubirwaho igihano […]
Dore igihombo gikabije Barca ishobora guterwa no kugenda kwa Lionel Messi
Gusohoka kwa Messi muri Barcelona gushobora kuyihombya akayabo ka miliyoni 137 z’Amayero ku isoko ry’imigabane bingana n’agaciro ka miliyari 1,266 ifite nk’uko bitangazwa na Brand Finance. Iki kinyamakuru kivuga ko igihombo kizaturuka mu mafaranga yavaga mu bucuruzi bwa Barcelona, biteganyijwe ko buzagabanyukaho miliyoni 77 z’Amayero, ndetse no kugurisha imyenda y’abakinnyi n’ibindi bicuruzwa ku isoko bingana […]
Gukarishya imirwanire ya RDF muri zimwe mu nyungu u Rwanda rushobora gukura muri Mozambique
Nubwo bitigeze bishyirwa ku mugaragaro, nyuma y’aho u Rwanda rwohereje ingabo zarwo muri Mozambique ndetse zikaba zari kugira uruhare mu kugarura umtekano mu Ntara ya Cabo Delgado yari imaze imyaka hafi ine mu maboko y’intagondwa za Al Shabab zikorana n’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State, hari inyungu zitandukanye rushobora kubona muri iki gihugu haba mu ishoramari, […]
Madagascar: Perezida Rajoelina ati abashatse kunyica banziza ko niyemeje kurinda igihugu cyanjye
Ku nshuro ya mbere, Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina kuri iki Cyumweru gishize yagize icyo avuga kuri coup d’etat yasimbutse yatangajwe kuwa 22 Nyakanga, aho yavuze ko impamvu hari abashatse kumwica ari uko yiyemeje kurinda igihugu cye . Kuva icyo gihe abantu batandukanye benshi bamaze gutabwa muri yombi mu rwego rw’iperereza barimo abafaransa babiri bakekwaho […]
Mozambique: SADC yatangije ubutumwa bwayo bwa gisirikare urugamba rukomeye rurangiye
Perezida Felipe Nyusi wa Mozambique, na mugenzi we wa Botswana, Mokgweetsi Masisi, kuri uyu wa Mbere, itariki 09 Kanama 2021, batangije ku mugaragaro ubutumwa bw’ingabo za SADC muri Mozambique bwiswe SANIM, mu gihe RDF yamaze gutsinsura inyeshyamba zari zimaze imyaka ine zizengeraza intara ya Cabo Delgado mu birindiro byazo byari bikomeye. Mu mpera z’ukwezi gushize […]
Burundi: Haravugwa impinduka mu gisirikare guhera mu bashinzwe kurinda Perezida

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye akomeje gukora impinduka mu gisirikare ahereye mu bashinzwe umutekano we, aho bivugwa ko nyuma yo guhindura umuyobozi w’ikigo cy’abasirikare bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu (BSPI), Gen. de Brigade Dominique Nyamuguruka agasimbuzwa uwahoze akuriye akarere ka mbere ka gisirikare, Gen. de Brigade Richard Banyankimbona, ubu n’abakuriye […]
Ibimodoka by’intambara by’imitamenwa biteye ubwoba ku rugamba

Hano hari ibimodoka byinshi by’intambara by’imitamenwa bizwi nk’ibifaru biri mu kazi muri iki gihe, ariko bigomba guhora bivugururwa kugirango bijyane n’igihe. T-14 Armata – U Burusiya T-14 Armata ni ubwoko bw’ibifaru bigezweho by’igisekuru cya kane, akaba ari ubwoko bikekwa ko bushobora kuba ari nabwo bwa mbere kabuhariwe ku ntambara kugeza ubu. Igifaru cya T-14 Armata […]