Ibimodoka by’intambara by’imitamenwa biteye ubwoba ku rugamba

Hano hari ibimodoka byinshi by’intambara by’imitamenwa bizwi nk’ibifaru biri mu kazi muri iki gihe, ariko bigomba guhora bivugururwa kugirango bijyane n’igihe. T-14 Armata – U Burusiya T-14 Armata ni ubwoko bw’ibifaru bigezweho by’igisekuru cya kane, akaba ari ubwoko bikekwa ko bushobora kuba ari nabwo bwa mbere kabuhariwe ku ntambara kugeza ubu. Igifaru cya T-14 Armata […]
FARDC ishobora kuzana amahoro mu burasirazuba ariko ubuyobozi bwayo bwaracengewe – Umudepite
Depite Gratien de Saint Nicolas Iracan, watorewe mu Mujyi wa Bunia, mu Ntara ya Ituri, aremeza ko FARDC ifite abasirikare bafite ubushobozi bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bw’igihugu, ariko ko ubuyobozi bwayo bwacengewe n’abacuruzi. Kuwa Kabiri ushize, Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatoye umushinga w’itegeko ritanga uburenganzira bwo kugumishaho ubuyobozi bwa […]
Les troupes rwandaises et mozambicaines ont repris le dernier bastion des militants islamistes
Les troupes rwandaises et mozambicaines ont repris une ville portuaire clĂ© aux militants islamistes dans le nord du Mozambique, selon l’armĂ©e rwandaise. MocĂmboa da Praia Ă©tait le dernier bastion des rebelles. Il est situĂ© dans la province de Cabo Delgado, qui abrite l’un des plus grands gisements de gaz d’Afrique. Les insurgĂ©s n’ont pas encore […]
Bukavu: Umupolisi yishe mugenzi we bapfuye amande bari bamaze guca umuturage
Umupolisi wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ijoro ryo kuwa gatandatu yarashe mugenzi we aramwica bapfuye amafaranga muri Komini Bagira, mu Mujyi wa Bukavu. Burugumesitiri wa Komini Bagira, Patience Bengheya, niwe wemeje ko aba bapolisi bapfaga amafaranga. Yagize ati “ Abapolisi babiri barwaniraga amafaranga. Mu kanya gato, umupolisi yarashe isasu mu mutwe wa […]
Uganda: Gen Kayihura yerekanye ko akiri umusirikare w’intarumikwa kandi agikomeye

Uwahoze ari umukuru w’igipolisi cya Uganda, Gen. Kale Kayihura, kuri iki Cyumweru yongeye kwerekana ko akiri umusirikare kandi atarasaza ubwo yirukankaga ibirometero 16 mu rwego rwo guha icyubahiro ikipe y’imikino ngororamubiri ya Uganda n’Umugande uherutse kwegukana umudari wa zahabu i Tokyo mu Buyapani mu mikino Olimpike nk’uko tubikesha Chimpreports. Gen. Kayihura ati “Muri iki gitondo, […]
Rutshuru: Umunyamakuru wa Radio na Televiziyo by’Igihugu yishwe
Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, itariki 08 Kanama, bishe umunyamakuru wa Radio na televiziyo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RTNC) wakoreraga muri Rutshuru, mu Ntara y’Amajyaruguru. Aya makuru yemejwe kuri iki Cyumweru n’Umuyobozi wa Teritwari ya Rutshuru, Col. Nyengele Bakole, wavuze ko uyu munyamakuru yiciwe iwe hakoreshejwe […]
Sudani yahamagaje ambasaderi wayo muri Ethiopia
Igihugu cya Sudani cyahamagaje ambasaderi wacyo muri Ethiopia kuri iki Cyumweru, nyuma yo kurakazwa n’uko Ethiopia yanze ubusabe bwa Sudani bwo kuba umuhuza mu makimbirane yo muri Tigray. Minisitiri w’Intebe wa Sudani, Abdalla Hamdok kuwa gatatu ushize yavuganye na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken ku makimbirane akomeje kuvugwa mu […]
Ngororero: Bamaze imyaka hafi ine bategereje ingurane ariko barahebye
Abaturage basaga 40 bo mu Murenge wa Ngororero bafite imitungo ahanyujijwe imiyoboro y’umuriro wa mashanyarazi baravuga ko bamaze imyaka ine bategereje ingurane ariko amaso yaheze mu kirere. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero buravuga ko bwatangiye ibiganiro n’ikigo k’igihugu gishinzwe ingufu REG kugirango aba baturage bose bishyurwe dore ko hari n’abatangiye kuyabona. Uyu muyoboro waturutse mu kagali […]
Afghanistan: Abatalibani bigaruriye umujyi wa 3 mu minsi itatu
Abatalibani bigaruriye umujyi wa Kunduz, ukaba ubaye umurwa mukuru wa gatatu mu ntara eshatu aba barwanyi bigaruriye mu gihe cy’iminsi itatu ishize. Itangazo Abatalibani bashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru rivuga ko bigaruriye ibiro bya polisi, inyubako ya guverineri na gereza yo muri uyu mujyi. Amakuru aturuka muri Kunduz ndetse abanyamakuru bahakorera batangarije Al Jazeera aravuga […]
Sudani y’Epfo: Abajenerali baguye mu mirwano ya Riek Machar n’abashatse kumuhirika
Amakuru aturuka muri Sudani y’Epfo aravuga ko kuri uyu wa Gatandatu habaye imirwano ikaze hagati y’ibice bibiri by’ishyaka rya Visi Perezida Riek Machar, SPLM-IO, nyuma y’aho uyu ahiritswe ku buyobozi bw’iri shyaka agasimbuzwa Gen. Simon Gatwech Dual. Ni imirwano bivugwa ko yaguyemo abantu 29 barimo abajenerali 2. Aya makuru aravuga ko kuwa Gatanu, igice cyagumye […]
Tchad: Abaturage batangiye kwamagana ubuyobozi buyobowe n’umuhungu wa Idriss Deby

Amagana n’amagana y’abaturage bo muri Tchad kuri uyu wa Gatandatu bakoze imyigaragambyo mu murwa Mukuru N’Djamena bamagana ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye igihugu kuva Perezida Idriss Deby Itno yatabaruka. Imiryango ya sosiyete sivile niyo yahamagariye abaturage gukora imyigaragambyo yo kwamagana Akanama ka gisirikare kayoboye igihugu by’agateganyo (CMT), kafashe igihugu muri Mata kayobowe n’umuhungu wa Nyakwigendera Idriss […]
Gicumbi: Abayobozi barashinjwa kurya utw’abaturage babizeza kubashyira mu byiciro bashaka
Abayobozi babiri bo mu midugudu ya Buyaga na Rusayu mu Kagari ka Marembo mu Murenge wa Cyungo, Akarere ka Rulindo bakurikiranweho kwaka amafaranga abatururage ngo babashyire mu byiciro by’ubudehe bashaka, bihakanye umugore bivugwa ko bifashishije muri ubwo butekamutwe. Muri iki cyumweru turi gusoza, aba bayobozi basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu Rukiko rw’Ibanze rwa Byumba. […]
Mpabwanamaguru nommĂ© vice-maire de la ville pour l’urbanisation
MĂ©rard Mpabwanamaguru a Ă©tĂ© Ă©lu vice-maire en charge de l’urbanisation et des infrastructures de la ville de Kigali. Il remplace Ernest Nsabimana qui a Ă©tĂ© nommĂ© Ă la fin de l’annĂ©e dernière au poste de directeur gĂ©nĂ©ral de RURA en dĂ©cembre de l’annĂ©e dernière. Mpabwanamaguru a travaillĂ© comme confĂ©rencier en planification et conception urbaines, SIG […]
Imirwano ikaze ishobora kubura hagati ya Israel na Hezbollah
Umutwe ukomeye ukorera muri Libani witwa Hezbollah wavuze kuri uyu wa Gatanu ko warashe ibisasu bya roketi ku butaka bwo mu karere ka Golan Heights kigaruriwe na Israel kuva mu 1967, nyuma y’ibitero by’indege bya Israel mu majyepfo ya Libani. Hezbollah yagize iti: “Mu rwego rwo gusubiza ibitero by’indege bya Israel, Resistance ya kislam yateye […]
Indege z’indwanyi ziri gukorwa z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto

Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. Ibihugu byinshi byamaze gutangaza gahunda bifite zo gukora indege z’indwanyi z’igisekuru cya Gatandatu (sixth-generation fighter jets), harimo nk’u Buyapani, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa, u Butaliyani, Sweden, u […]
Jacob Zuma yajyanwe mu bitaro avuye muri gereza afungiyemo
Jacob Zuma wahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo wafunzwe mu kwezi gushize azira gusuzugura urukiko, kuri uyu wa Gatanu yajyanwe mu Bitaro mu gihe habura igihe kitageze ku cyumweru ngo asubire mu rukiko ku yindi dosiye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, Urwego rushinzwe abagororwa muri Afurika y’Epfo “ruremeza ko uwahoze ari Perezida Jacob Zuma uyu munsi, […]
Perezida Mushya wa Iran yarahiye aha n’ubutumwa bukomeye Abanyaburayi
Perezida mushya w’igihugu cya Iran, Ebrahim RaĂŻssi kuri uyu wa Kane, itariki 05 Kanama 2021 yarahiriye inshingano ze mu muhango wabereye mu nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Ebrahim RaĂŻssi akaba yavugiye ijambo imbere y’abashyitsi barimo abaperezida ba Irak, Afghanistan ndetse n’umudipolomate w’umunyaburayi, Enrique Mora wicajwe imbere y’abahagarariye imitwe ifatwa nk’iy’iterabwoba. Mu ijambo rye rya mbere […]
Abaperezida mu karere baba batinya Museveni? Perezida wa Kenya yahiye ubwoba
Nyagatare: Uwishe umugore agahita acika yafashwe ashyikirizwa ubushinjacyaha
Umugabo wo mu Karere ka Rutsiro wishe umugore we mu kwezi gushize agahita aburirwa irengero yaje gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano zihita zimushyikiriza ubushinjacayaha. Kuri uyu wa Kane, itariki 05 Kanama 2021, nibwo Ubushinjacya ku rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare bwakiriye dosiye y’umugabo ukomoka mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Rusebeya wishe umugore we bashakanye agahita […]
Abanyarwanda ntibaritabira gutwika imirambo y’ababo nubwo hari amategeko abigenga
Mu kwezi gushize, komite ihoraho y’inteko ishinga amategeko ishinzwe imibereho myiza y’abaturage yerekanye raporo ikubiyemo isuzuma ry’impamvu gushyingura binyuze mu gutwika imirambo (Cremation)Abanyarwanda baarabyitabira nubwo hari amategeko abibemerera kandi abigenga. Raporo yagaragaje, mu zindi mbogamizi, kubura ibikoresho n’ibibazo by’umuco. Mu gihe bamwe mu badepite bavuga ko gutwika imirambo byakemura burundu ikibazo cy’ibura ry’ubutaka ndetse n’igiciro […]
Uganda: Ba Gen Kazoora, Mugisha na Kutesa mu basezerewe mu gisirikare
Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Kanama 2021, Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyasereye abasirikare bo ku rwego rwa ofisiye bakuru n’abato n’abandi basirikare 604, kongeraho abajenerali 14, bagiye mu zabukuru. Amakuru atangazwa na Chimpreports aravuga ko mu bantu basirikare bagiye mu zabukuru harimo, Lt Gen. Pecos Kuteesa, umwe mu bari bahagarariye igisirikare mu nteko, na […]
Tanzania: Freeman Mbowe imbere y’urukiko kuwa Gatanu ashinjwa iterabwoba
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Freeman Mbowe uyobora Chadema, kuri uyu wa Gatanu, itariki 06 Kanama, ategerejwe imbere y’urukiko rwa Kisutu, i Dar es Salaam, aho aregwa ibyaha birimo iterabwoba. Uru rubanza rukaba rwari ruteganyijwe kuri uyu wa Kane mbere yo gusubikwa. Perezida wa Chadema n’abandi bayoboke 10 b’ishyaka rye batawe muri yombi […]
Le président centrafricain Faustin-Archange Touadera attendu au Rwanda ce jeudi
Le prĂ©sident centrafricain Faustin-Archange TouadĂ©ra doit arriver au Rwanda ce jeudi 5 aoĂ»t pour une visite d’Etat. Selon des responsables, le prĂ©sident TouadĂ©ra devrait s’entretenir en tĂŞte-Ă -tĂŞte avec son hĂ´te, le prĂ©sident Paul Kagame, des entretiens bilatĂ©raux et assister Ă la signature d’un certain nombre d’accords. Selon des responsables, la visite vise Ă renforcer la […]
Umuhanzi Eddy Kenzo yakoze impanuka ikomeye

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda ndetse ufite inkomoko mu Rwanda, Eddy Kenzo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, akoze impanuka ikomeye ku muhanda wa Masaka, ariko Imana ikinga akaboko abasha kuyirokoka n’ibikomere byoroheje. Eddy Kenzo yagize ati “Twagize impanuka iteye ubwoba y’imodoka, umuhanda wari utose kandi unyerera kubera imvura tugeze Maya hari umugunguzi mu muhanda […]
Uko ibihugu bya Afurika bikurikirana mu kubamo coup d’etat n’aho itaraba n’imwe
Ihirikwa ry’ubutegetsi (Coup d’Etat) ni uguhirika umuntu ufite ubutegetsi, mu buryo butemewe n’amategeko kandi akenshi bikarangwa no kumena amaraso. Muri Afurika, ibi bintu ntabwo ari ibidasanzwe. Ibihugu hafi ya byose bya Afrika bimaze guhura n’iki gihe cy’umwijima mu mateka yabyo. Coup d’etat ishobora gutandukanywa n’impinduramatwara kuko iyi iba ishyigikiwe n’abaturage. Dore urutonde rw’ibihugu bya Afurika […]
Ubu Rihanna niwe muhanzi wa mbere ukize ku Isi n’asaga miliyari n’igice y’amadolari
Kuri uyu wa gatatu, ikinyamakuru cya Forbes cyatangaje ko umuhanzi w’icyamamare Rihanna afite agaciro ka miliyari 1.7 z’amadolari, akaba ari we muhanzi ukize kurusha abandi ku Isi, ariko umuziki we ntabwo ari isoko y’ibanze y’ubutunzi bwe. Forbes yatangaje ko uyu muhanzikazi wavukiye muri Barbados, amazina ye y’amavuko ari Robyn Fenty, akomora miliyari 1.4 z’amadolari y’umutungo […]
Les forces rwandaises et mozambicaines contrĂ´lent dĂ©sormais la base clĂ© d’Awasse
Des informations en provenance du Mozambique indiquent que les forces rwandaises et mozambicaines contrĂ´lent dĂ©sormais pleinement la base clĂ© d’Awasse après avoir repoussĂ© l’insurrection liĂ©e Ă l’État islamique en retraite Ă Cabo Delgado, la province la plus septentrionale du Mozambique. Des rapports confirmĂ©s indiquent cependant que la sous-station d’Awasse a Ă©tĂ© dĂ©truite par les insurgĂ©s […]
Imyaka 37 irashize Sankara ahinduye icyari Haute Volta Burkina Faso, menya impamvu

Imyaka 37 Thomas Sankara ahaye icyahoze ari Haute-Volta izina rya Burkina Faso, bisobanuye “. Uku guhindura izina ry’igihugu ku mugaragaro cyari ikimenyetso gikomeye cyo guca ukubiri n’ahahise ha gikoloni no gusobanura intego z’impinduramatwara ya Sankara. “Mu itegeko ryo ku ya 2 Kanama 1984, Kapiteni Thomas Sankara, yifuzaga guhanagura” amateka y’ahahise n’ubukoloni bushya “, ahindura Haute-Volta […]
Sudani y’Epfo: Dr Riek Machar yahiritswe ku buyobozi bwa SPLM/A-IO
Igice cy’umutwe wa SPLM kitavuga rumwe n’ubutegetsi (kizwi nka SPLM/A-IO) kitavuga rumwe n’ubutegetsi muri Sudani y’Epfo cyahiritse ku buyobozi bwacyo, Dr Riek Machar kimusimbuza Lt. Gen. Simon Gatwech Dual (uri ku ifoto), wabaye Chairman ndetse n’umugaba mukuru wacyo. EyeRadio ivuga ko uyu mutwe watangaje ibi mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 […]
Huye: Aho kujya mu ndaya ngo yahisemo kujya asambanya umwana we
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 50 ukekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 babanaga mu rugo. Icyaha uregwa akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 21, 22 na 23 Nyakanga 2021 mu Murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye, mu rutoki aho yarariraga ibitoki ngo batabyiba. Nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyah […]
Burundi: Umwarimukazikazi n’umukobwa we bicishijwe ishoka
Aba ni RĂ©gine Niyonkuru, umwarimukazi ku Ishuri ry’Ibanze rya Ruko muri Komini ya Mugamba (Intara ya Bururi, mu majyepfo y’u Burundi) n’umukobwa we Kessy Iteka, nawe wari umunyeshuri kuri iri shuri mu mwaka wa 8. Bishwe mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere ku musozi wa Mugendo-Ndengo muri zone ya Nyagasasa (komini imwe). […]
Impanuka ikomeye yahitanye abantu byibuze 37 abandi barakomereka
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 03 Kanama, abantu 37 baguye mu mpanuka ikomeye yabereye ahitwa Zambougou, mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa SĂ©gou, rwagati muri Mali nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubwikorezi n’ibikorwaremezo. Biravugwa ko imodoka itwara abagenzi yagonganye n’ikamyo yari itwaye ibiribwa nk’uko byasobanuwe n’iyi minisiteri mu itangazo yashyize ahagaragara. Imibare y’agateganyo y’abapfuye ni […]
Bugarama: Toni z’umuceri zishobora kwangirika kubera kubura isoko
Nyuma yo kweza toni zigera mu 7000 zaje zisanga izindi zisaga 1000 zikiri mu bubiko kubera kubura isoko, Abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama barataka igihombo gikomeye ndetse banavuga ko umuceri wabo watangiye kwangirika. Bavuga ko umuceri watangiye kwangirikira mu bubiko bwa za koperative no ku bwanikiro, bagasaba inzego z’ubutegetsi kubafasha uwo muceri ukabonerwa isoko. […]
Hari Abagande bagambanira bagenzi babo ngo bashimutwe n’inyeshyamba zo muri RDC
Igisirikare cya Uganda kirimo gukora iperereza ngo kimenye Abagande baba bagambanira bene wabo bagakorana n’inyeshyamba ngo zishimute abarobyi mu Kiyaga cya Albert. Nk’uko amakuru y’ubutasi abigaragaza, ngo ikiba kigamijwe n’ugukuramo amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko abo barobyi binyuze mu ngurane bacibwa kugirango barekurwe. Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso, avuga ko abarobyi benshi […]
Bugesera: La propriĂ©taire d’une distillerie arrĂŞtĂ©e après la mort de deux ouvriers dans son usine
Le Bureau d’enquĂŞte du Rwanda (RIB) a en garde Ă vue Beata Uwamariya, la propriĂ©taire de Dusangire Ltd, une distillerie qui produit des boissons alcoolisĂ©es appelĂ©es Dusangire. Selon RIB, Uwamariya, 49 ans, a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©e après que deux hommes travaillant dans sa distillerie soient dĂ©cĂ©dĂ©s après ĂŞtre tombĂ©s dans un rĂ©servoir contenant de l’alcool. Ils […]
Umufaransa Arnault niwe muherwe wa 1 ku Isi nyuma y’aho Bezos ahombye miliyari 13,9$
Jeff Bezos wari umuherwe wa mbere ku Isi ubu yaciweho n’Umufaransa, Bernard Arnault nyuma yo guhomba miliyari 13,9 z’amadolari mu munsi umwe. Umutungo wa Bezos wagabanutse kubera ko igiciro cy’imigabane cya Amazone cyakonkobotse mu cyumweru gishize, kikagabanukaho 7% nyuma y’uko iyi sosiyete itangaje ko izamuka ry’igihembwe cya kabiri ritari riteganijwe. Iri gabanyuka ry’umutungo wa Bezos […]
Umuhungu wa Kadhafi agarutse gushaka uko yakwisubiza ubwami bwari ubwa se
Saif al-Islam, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, bamwe bafataga nk’umunyagitugu abandi bakamufata nk’intwari ya Afurika, yatangiye urugendo rwo gushaka uko yakongera kunga abaturage ba Libya nyuma y’imyaka isaga 10 iki gihugu kiri mu kavuyo ka politiki, aho ndetse ateganya no guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu. Mu kiganiro mbonekarimwe wavuga ko ari icya mbere yahaye itangazamakuru […]
Hari ibivugwa ko bigiye kurimbura isi || Abantu bazashira burundu ngo Ntakuzuka kuzabaho-STEPHEN
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Huye: Umugabo w’imyaka 38 akurikiranweho gushaka kwica umugore we
Umugabo w’imyaka 38 ukekwaho kuba yarashatse kwica umugore babanaga w’imyaka 39 y’amavuko amutemesheje isuka mu mutwe biturutse ku makimbirane yo mu rugo akurikiranwe n’ubushinjacyaha. Icyaha akurikiranweho cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 22 Nyakanga 2021 mu Mudugudu wa Rwerinka, Akagari ka Byinza, Umurenge wa Kinazi ho mu Karere ka Huye, aho basanze avirirana mu mutwe. […]
Le Rwanda et la Tanzanie signent quatre accords bilatéraux

Le Rwanda et la Tanzanie ont signĂ© le 2 aoĂ»t quatre accords bilatĂ©raux lors d’une visite d’Etat de deux jours de la prĂ©sidente tanzanienne Samia Suluhu Hassan Ă l’invitation de son homologue, le prĂ©sident Paul Kagame. Le premier jour de la visite, les deux dirigeants ont eu des entretiens en tĂŞte-Ă -tĂŞte suivis d’entretiens bilatĂ©raux qui […]
Umwami wa Buganda yaciye amarenga y’uko bashobora kwitandukanya na Uganda
Umwami wa Buganda, Ronald Muwenda Mutebi II yavuze ko Ubwami bwa Buganda butazahwema kuvuganira abaturage babwo mu bijyanye n’imitungo yabo irimo n’ubutaka, aho yibaza impamvu ubutaka bw’abaturage be bukomeje kwibasirwa na guverinoma. Ku wa Gatandatu, mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 28 amaze yimitswe byabereye ku Ngoro ya Nkoni mu Karere ka Lwengo, Kabaka yavuze […]
Mushiki wanjye Suluhu, Musaza wanjye Kagame, uko abaperezida bitanye nyuma y’umukono ku masezerano

Nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye atandukanye hagati ya Tanzania n’u Rwanda, abakuru b’ibihugu byombi mu ijambo ryabo bongeye kugaragaza ko ibihugu byombi bisangiye byinshi bitari imipaka gusa ahubwo ari ibivandimwe, ndetse abakuru b’ibihugu byombi babishimangira umwe yita undi mushiki we undi yita undi musaza we. Amasezerano ibihugu byombi byashyizeho umukono, arimo ayajyanye n’ubutwererane […]
Niyonsaba wavuzweho gusiganwa n’abagore afite imisemburo ya kigabo yongeye gusezererwa i Tokyo

Umurundikazi Francine Niyonsaba, wari umugore wa kabiri wagiye utsindira ibihembo byinshi mu gusiganwa metero 800 mu mikino ngororamubiri, kimwe na mugenzi we, Caster Semenya wo muri Afurika y’Epfo wari uwa mbere, babwiwe ko imibiri yabo irekura imisemburo ikabije ya testosterone itajyanye n’iy’abandi bakinnyi bahangana na bo mu masiganwa y’Imikino Olempike biba ngombwa bahabwa andi mahitamo […]
Uko Covid-19 yari igiye gusenya umubano wa Afurika n’u Bushinwa n’uko yongeye kuwubaka

Kuba Umushinwa muri Afrika byari ikibazo gikomeye cyane mu ntangiriro za 2020, Abanyafurika batutse Abashinwa, babashinja guteza icyorezo cya COVID-19. Muri icyo gihe, Abashinwa nabo bashinjaga Abanyafurika gukwirakwiza icyorezo. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga muri Werurwe na Mata 2020 yerekanaga abategetsi b’Abashinwa birukana Abanyafurika ku gahato mu ngo zabo i Guangzhou, mu Bushinwa, babashinja gukwirakwiza […]
Madagascar: Abajenerali 5 muri 21 bamaze gufatwa bakekwaho gushaka kwica perezida
Abantu 21, barimo abajenerali, abasirikare n’abapolisi bamaze gutabwa muri yombi muri Madagascar mu rwego rw’iperereza ku mugambi wo gushaka kwica Perezida Andry Rajoelina. “Abandi bantu bashya bavugwa muri uyu mugambi bafatiwe muri Madagascar nyuma y’umushinga wo gushaka kwica Perezida Andry Rajoelina,” ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 01 Kanama n’Umushinjacyaha Mukuru Berthine Razafiarivony. “Ku […]
Ngororero: Abanyeshuri 5 mu bari barangije ibizamini bahise batabwa muri yombi
Abanyeshuri batanu barangije amashuri yisumbuye bahise batabwa muri yombi bazira kwangiza ibikoresho by’ishuri ry’imyuga n’Ubumenyi Ngiro (TVET) rya ESECOM Rucano riherereye mu Karere ka Ngororero. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa RIB Thierry B Murangira wavuze ko kuwa kane, itariki 29 Nyakanga aba banyeshuri bagiye mu kabari bakanywa bagasubira mu kigo basinze bikarangira batwitse aho abanyeshuri […]
Umusore wo muri Zambia usa nk’umunyarwenya Kevin Hart akomeje gutangaza benshi – Amafoto

Umusore wo muri Zambia usa neza neza n’Umunyarwenya w’icyamamare w’Umunyamerika Kevin Hart akomeje gutangaza abantu batandukanye barimo na Kevin ubwe wivugiye ko wagirango we n’uyu musore bavuye mu nda imwe. Uyu munyazambia witwa John Bidemi ukoresha izina rya Arabmoney44 kuri instagram asanzwe azwi cyane kuri TikTok na Twitter, aho akunze gufatwa nka Kevin Hart wo […]
Ibihugu byo muri Afurika bishaka indege zigezweho z’indwanyi za Sukhoi Su-57

Alexander Mikheyev, Umuyobozi w’Ikigo, Rosoboronexport cya Leta y’u Burusiya, ari nacyo rukumbi muri iki gihugu gifite uburenganzira bwo gucuruza intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare hanze yacyo, yatangaje ko barimo kwiga ku busabe bwo kugurisha indege z’indwanyi zigezweho zo mu gisekuru cya gatanu, zo mu bwoko bwa Sukhoi Su-57E, ibihugu bitanu byo muri Aziya, Afurika no […]
Abavugabutumwa basaga 1500 muri ADEPR ntibazongera gukora ku mushahara

Amakuru aturuka mu Itorero rya ADEPR agera kuri Bwiza.com ndetse na Bwiza TV, aravuga ko abavugabutumwa (bazwi nk’abarimu) basaga 1500 baba bahagaritswe ku mirimo yabo guhera kuri iki Cyumweru, itariki ya 01 Kanama 2021, abo bireba bakaba bemerewe gukomeza umuhamagaro wabo mu itorero ariko nta nshingano z’ubuyobozi bafite cyangwa batemerewe guhembesha mu yandi magambo nk’uko […]
Ubwo bagendaga bari bazi ko napfuye – Umugore wa Perezida Jovenel wishwe

Umugore wa perezida wa Haiti uherutse kwicwa, nawe wakomerekeye bikomeye mu gitero cyahitanye umugabo we, ku nshuro ya mbere mu kiganiro yahaye New York Times yavuze uko yumvishe ababagabyeho igitero batera hejuru inzu bayisaka bazi ko nawe yapfuye. Yashimangiye ko nakira azahatanira kuba perezida agahangana n’abamugize umupfakazi. Abicanyi amaherezo babonye icyo bashakaga mu rugo rwa […]
Le gouvernement lève le verrouillage à Kigali et dans huit autres districts
Le conseil des ministres qui s’est rĂ©uni le vendredi 30 juillet a dĂ©cidĂ© de lever le verrouillage de 15 jours sur la ville de Kigali et huit autres districts Ă compter du 1er aoĂ»t. Ces districts sont Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge, Gicumbi, Musanze, Rubavu, Burera, Kamonyii, Rutsiro, Rwamagana et Nyagatare. Selon le communiquĂ© diffusĂ© par la […]
RDC: Ihuriro LAMUKA ryahamagariye rubanda kwitegura imyigaragambyo ikaze
Ishyirwaho ry’abayobozi ba komisiyo yigenga y’amatora (CENI), ingaruka z’itangazwa ry’itegeko ngenga ku mikorere y’ikigo cy’amatora, bikomeje gucamo ibice imitwe ya politiki muri Congo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 31 Nyakanga 2021, ihuriro rya LAMUKA ryasabye abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwitegura imyigaragambyo ikaze izatangizwa vuba. Iri tangazo ryashyizweho […]
Le gouvernement du Rwanda a remis au Burundi 19 combattants burundais

Le gouvernement du Rwanda, Ă travers le MĂ©canisme conjoint Ă©largi de vĂ©rification (EJVM), a rapatriĂ© vendredi 30 juillet, 19 combattants burundais. Ce mouvement, observĂ© Ă la frontière Ă guichet unique dans le district de Bugesera, survient près d’un an après que le groupe a Ă©tĂ© apprĂ©hendĂ© alors qu’il traversait le territoire rwandais. Lors de l’Ă©vĂ©nement, […]
Ngoma: Arashinjwa kwicisha ibuye umwana yari amaze kubyara
Ubushinjacyaha ku rwego rwa Ngoma muri iki cyumweru bwaregeye urukiko mu mizi umukobwa w’imyaka 18 ukekwaho kwica umwana we akimara kumubyara amukubise ibuye mu mutwe , yarangiza akajya kumujugunya mu ikawa ziri mu nsi y’iwabo. Ku itariki 06 Nyakanga 2021 saa sine z’amanywa mu Murenge wa Murama, Akarere ka Ngoma nibwo mu ikawa ziri munsi […]
Rusizi: Abayobozi bavuze ku kibazo cy’abaturage bibaza niba Perezida Kagame azi ko bagorwa n’imibereho

Nyuma y’inkuru y’ubuvugizi Bwiza.com yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 29 Nyakanga 2021, ivugira abaturage bo mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Butare, mu tugari twa Nyamihanda na Rwambogo, bibazaga niba umukuru w’igihugu azi niba barwara bakabura aho bivuriza ababyeyi bakabyarira mu nzira bajya ku kigo nderabuzima kiri mu birometero 27 uvuye aho […]
Loni yongereye umwaka ibihano bibuza Centrafrica kugura intwaro
Akanama k’Amahoro n’umutekano ka Loni kongereye igihe cy’ibihano byo gukumirwa kugura intwaro byafatiwe Centrafrica mu gihe cy’undi mwaka abagize aka kanama bavuga ko iki gihugu kikiri mu bihe by’intambara. Aba bavuga ko kongera iki gihe bigamije kubuza imitwe yitwaje ibirwanisho ikorera muri iki gihugu kubona intwaro zo gukoresha nk’uko byari bimeze mu mwaka ushize. Ambasaderi […]
Ubu Covid-19 igaragara ku rutonde rw’ibyorezo 8 byishe abantu benshi ku Isi

Nubwo hakomeje kubaho indwara n’ibyorezo mu mateka, ikintu kimwe cyakomeje kubaho n’ukugabanuka gahoro gahoro k’umubare w’impfu, gutezimbere ubuvuzi no gusobanukirwa impamvu zitera ibyorezo byabaye ibikoresho bikomeye mu kugabanya ingaruka zabyo. Kuri iyi nshuro Bwiza.com yifuje kubageza urutonde rw’ibyorezo kugeza ubu bimaze guhitana abantu benshi mu mateka y’isi harimo n’icyorezo cya Covid-19 cyagaragaye mu mpera za […]
U Rwanda rurasatira gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus

Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga ushyigikira udushya dushingiye ku bushakashatsi kandi wari uhagarariwe na Holm Keller, Umuyobozi mukuru wawo. Minisiteri […]
Abasirikare 6 b’Abafaransa bafatiwe muri Guinea Equatoriale na kajugujugu yabo
Abasirikare batandatu b’Abafaransa bafatiwe ahitwa mu mujyi wa Kabiri wa Guinea Equatoriale witwa Bata, nyuma y’aho kajugujugu bari barimo yahise igotwa n’ingabo z’iki gihugu ikigera hasi kuwa Gatatu ushize. Kuri uyu wa Kane, abayobozi ba Guinea Equatoriale bemeje aya makuru bavuga ko iyi kajugujugu yaguye ku butaka bwa Guinea nta burenganzira yahawe, ndetse bavuga ko […]
Huye: Umugabo w’imyaka hafi 60 akurikiranweho gusambanya umwuzukuru
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 59 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 abereye sekuru ubana n’ubumuga bwo kutavuga neza. Ni icyaha cyakozwe ku itariki 18 Nyakanga 2021 mu Kagari ka Kabona, Umurenge wa Kinazi, Akarere ka Huye aho uwo mugabo yafashe uwo mwana amujyana mu cyumba […]