Ndatwita inda zikavamo, nkeka ko ari ukubera igitsina kirekire cy'umugabo wanjye- Nkore iki?
[Amazina yagizwe ibanga] ntuye mu Karere ka Nyagatare, mfite umugabo tumaranye imyaka itatu, ntwise gatatu ariko inda zivamo zikiri mu mezi ya mbere. Nubwo bwose ntazi niba ari ubujiji nifitiye, ariko ndizera ko murangira inama zubaka kandi n’Imana ikazabibahembera. Mu by’ukuri, mfite umugabo ariko igitsina afite sinzi ko n’iby’abandi ariko bingana, kirabyibushye kandi ni kirekire. […]
Amagambo akakaye benshi bibukira kuri Gen. Laurent Nkunda ubwo yari ayoboye urugamba
– Njye ndavuga nkâumunyamulenge, ngiye guhangana na Leta ya Congo -Nka Jenerali, mpamya ko FDLR na Mayi-mayi bakorera mu kwaha kwa Leta ya Congo -Turabashije dushobora kwishakira uburyo twakwirindira umutekano ubwacu -Imana igiye kudufasha kubona Guverinoma ikunda abaturage bayo Aya ni amwe mu magambo akakaye ya Gen. Laurent Nkunda wari uyoboye urugamba ingabo za CNDP […]
Igihe cyiza nikigera nzabereka umukunzi wanjyeâ The Ben
Mugisha Benjamin wamamye nkaThe Ben aherutse gusohora amashusho yâindirimbo âNaremeyeâ arimo umukobwa benshi bahamije ko yaba ari umukunzi we yagize ibanga, gusa yahakanye aya makuru yemeza ko ibyâurukundo rwe bizajya hanze igihe kigeze.  Mu minsi ishize, hari amakuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga ko uyu muhanzi uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yaba ari […]
Uganda: Umwana w'imyaka Icyenda bamusanzemo Ebola
Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yemeje ko hari umuntu basanganye indwara ya Ebola mu karere ka Kasese mu burengerezuba bwa Uganda. Uyu ni umwana w’umukobwa w’imyaka icyenda wavanye na nyina muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu w’iki cyumweru, bagiye muri iki gihugu cya Uganda kwivuza. Kasese muri Uganda ni agace kari kuri 140Km […]
Turimo turareba uko twazana imodoka na za moto bikoresha amashanyarazi- Eng.Ruhamya
Ikigo cyâIgihugu cyo kubungabunga ibikukije, REMA, kiratangaza ko bagiye kuzana mu Rwanda imodoka ndetse na moto bikoresha umuriro wâamashanyarazi mu buryo bwo kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi mukuru wa REMA, Eng.Collette Ruhamya, yavuze ko bakoze ubushakashatsi bagasanga imyuka isohoka mu binyabiziga igira uruhari rukomeye mu kwangiza umwuka duhumeka ndetse nâibidukikije muri rusange, aho yatanze urugero rwa bamwe […]
Rwatubyaye, Muhire Kevin, Nirisarike na Mukunzi Yanick bari mu nzira igana i Kigali
Abakinnyi barimo Rwatubyaye Abdou nyuma y’aho bagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi umutoza Mashami Vincent azifashisha mu mukino ubanza wâinjora ryo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi cya 2022, barasesekara i Kigali kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kanama 2019. Rwatubyaye Abdul, Nirisarike Salomon, Muhire Kevin na Mukunzi Yanick bararara basesekaye i Kigali kugira ngo bahite batangirana n’abandi […]
Ubwongereza: Bitunguranye, imirimo y'Inteko Nshingamategeko yahagaritswe
Mu buryo butunguranye mu gitondo cy’ejo ku wa gatatu, Boris Johnson, Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, yatangije igikorwa cyo kuba Inteko Ishinga Amategeko yaba ihagaritse imirimo yayo. Bivuze ko abadepite bafite igihe gito kurushaho cyo kuganira ku rugendo rwo kwikura mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) k’Ubwongereza, bizwi ku izina rya “Brexit”. Inteko Ishinga Amategeko y’Ubwongereza igiye kuba […]
Rayon Sports mu isura nshya nyuma yo gusezererwa na  Al Hilal
Rayon Sports ikubutse mu marushanwa ya CAF Champions League itabashije kurenga umutaru nyuma yo gusezerwa na Al Hilal mu majonjora, imwe mu ntego iyi kipe yihaye, ni ukwegukana buri gikombe cyose gikinirwa mu Rwanda, muri uyu mwaka wâimikino 2019/2020. Â Ku cyumweru tariki ya 26 Kanama 2019, ni umunsi abakunzi bâikipe ya Rayon Sports batazibagirwa […]
Kigali: Ibigo bitwara abagenzi 'Binengwa kenshi' byongerewe amezi arindwi
Ni kenshi uzasanga abagenzi bari ku mirongo hirya no hino muri gare zo mu mujyi wa Kigali no ku byapa, bategereje imodoka, bamwe usanga bijujutira serivisi bahabwa ko zituma bakererwa ku kazi, abataha bakagera mu rugo bwije kandi nta ruhare babigizemo, abanyeshuri bagakererwa kugera ku mashuri,… Usanga Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye […]
Nta kintu gishya mbona kuri Diamond, ni wawundi- Zari Hassan aburira Tanasha
Umuherwe Zari Hassan, wahoze ari umugore wâUmuhanzi Diamond Platnumz, ukomoka mu gihugu cya Tanzania, yaburiye mukeba we, Tanasha utwitiye iyâimvutsi yatewe n’uyu muhanzi. Mu minsi ishize Tanasha yeruriye abamukurikira ndetse nâitangazamakuru ko adateze kwanga umugabo we, Diamond bitewe nahahise he, ngo icyo areba ni uko bameranye ubu. Zari wabyaranye na Diamond abana babiri, bivugwa ko […]
Nkeka ko umugore andoga, ni inshuro eshatu maze gusanga yanteze amagi mabisi mu buriri- Nkore iki?
Hari umuririmbyi wâumunyarwanda waririmbye agezemo hagati aravuga ngo âurushako ruragwiraâ. Gusa nanjye nabivuga kuko narumiwe. Ndagisha inama, nkaba nitwa Joseph, Ntuye mu Karere ka Rwamagana, ndi umugabo ufite umugore nâabana ariko muri iyi minsi nkeka ko umugore atanyishimiye. Umugore wanjye akunda kunshinza ko muca inyuma, ariko nta gihamya nâimwe yari yabona. Gusa akazi nkora ntabwo […]
Gabiro: Hasojwe imyitozo ya gisirikare- AMAFOTO
Mu kigo cya gisirikare kiri mu Karere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2019, hasojwe imyitozo ya gisirikare yari ihuriwemo n’ibihugu 25 byo ku migibane itatu yo ku Isi. Ni imyitozo aba basirikare bahabwaga yo kubungabunga amahoro ku Isi, yari imaze ibyumweru bibiri, ikaba yari ihuriwemo n’abasirikare, abapolisi n’abasivile […]
Igikuba cyacitse mu banyarwanda baba muri Mozambique
Ambasaderi wâu Rwanda mu gihugu cya Mozambique, Claude Nikobisanzwe, avuga ko igikuba cyacitse mu Banyarwanda baba muri iki gihugu nyuma yâaho bamenyeye inkuru yâurupfu rwa mugenzi wabo. Ku wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2019, ahagana saa sita z’amanywa nibwo Louis Baziga wari ukuriye Abanyarwanda baba muri iki gihugu yarashwe ubwo yari mu nzira ava […]
Burundi: Imbonerakure yishwe nâinkoni
Umwe mu rubyiruko rwâImbonerakure rubarizwa mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, yishwe nâibikomere yatewe nâinkoni yakubiswe nâabayoboke bâishyaka CNL rya Agathon Rwasa. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru sosmedia/Burundi, ngo iyi Mbonerakure yapfiriye mu bitaro (HĂŽpital Kira de Bujumbura), ku wa Mbere w’iki cyumweru, abandi bane ngo bakaba bagifite ibikomere. Iki kinyamakuru gitangaza ko urupfu rwâiyi […]
Huddah Monroe yitabiriye ibirori  byo guha ikaze umwana wa Diamond yambaye ikariso
Umunyamideli akaba nâumuherwe muri Kenya, Huddah Monroe, yagaragaye mu birori byo guha ikaze umwana wa Diamond Platnumz na Tanasha yambaye ikariso. Ku wa 22 Kanama 2019 nibwo Diamond Platnumz yakoreye umukunzi we Tanasha Donna ibi birori byo guha ikaze umwana wabo (Baby shower), byanitabiriwe nâibyamamare bitandukanye harimo nuyu munyamideli Huddah Monroe. Huddah Monroe wemeza ko […]
Rwamagana: Abayobora ishyirahamwe ryâabasaza barashinjwa kubatoteza no kunyereza umutungo
Bamwe mu banyamuryango bâishyirahamwe âUrumuriâ ryâabasaza bâabayoboke bâidini ya Isilamu,  ribarizwa mu kagari ka Cyanya, mu Karere ka Rwamagana,  barashinja abayobozi baryo kwikubira umutungo waryo no kubuza uburenganzira abanyamuryango. Bavuga ko abayobozi bâiri shyirahamwe âUrumuriâ bakoresha umutungo wabo mu nyungu zabo kandi bakabuzwa uburenganzira nâubwisanzure bityo ngo nâiguririro ryâinyama ryari mu maboko yâishyirahamwe ryikubiwe nâabayobozi. Masumbuko Hashimu, […]
Kigali: Umugabo w'imyaka 42 arimo gushakishwa ashinjwa gusambanya mugenzi we mu kibuno
Umugabo witwa Semivumbi wâimyaka 42 yâamavuko, arashakishwa nyuma y’aho bimenyekaniye ko yasambanije mugenzi we amaze kumusinziriza. Bitangazwa ko Semivumbi yasambanije Emmanuel wâimyaka 22, ubwo yari amaze kumusinziriza ashyize imiti mu nzoga yanywaga agahita asinzira, undi akamusambanya mu kibuno. Ni ibyabareye mu Mudugudu wâUmunyinya, Akagari ka Gasharu, Umurenge wa Kicukiro, mu Karere ka Kicukiro. Emmanuel ngo […]
Papa Francis ntakozwa ibyo kuzacumbikirwa muri Hoteli ihenze y'i Maputo/ Mozambique
Papa Francis yanze gucumbikirwa muri hoteli ihenze ubwo azaba ari mu rugendo rw’iminsi itatu muri Mozambique mu kwezi gutaha kwa cyenda. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Domingo cyo muri iki gihugu, Musenyeri AntĂ Âłnio Sandramo, yavuze ko Papa Francis yashakaga icumbi riciriritse cyane, nuko yanga hoteli ya mbere yagejejweho yari yatoranyijwe n’itsinda ritegura urugendo rwe. Amakuru avuga ko […]
Umukino wa Rayon Sports na Mukura VS uzakinwa hibukwa Padiri Fraipont Ndagijimana
Amakipe abiri akomeye mu kiciro cya Mbere cyâumupira wâamaguru, Rayon Sports na Mukura VS nizo kipe zatoranyijwe gukina umukino ugamije kwibuka padiri Fraipont Ndagijimana, umuze imyaka 37 atabarutse. Aya makipe ari mu yakunzwe mu Rwanda anafite amateka kuri uyu mu padiri, ibi birori  byateguwe nâikigo cya HVP Gatagara mu kwizihiza isabukuru yâimyaka 100 Padiri Fraipont Ndagijimana […]
Mfite igitsina gito, umugore wanjye ngo aho gukomeza kuryamana nanjye yakwikinisha- Nkore iki?
Ndaramukije bantu ba nyagasani, nitwa Thomas nkaba ntuye mu ntara yâIburengerazuba. Umugore wanjye ni umwarimukazi, njyewe nkaba ndi umucuruzi. Ndabagisha inama ku birebana no kubaka urugo kuko ndabona bitoroshye. Ntabwo mvuga byinshi, ariko ndasumbirijwe, sinari nzi ko umugore wawe yagufata nkâimbwa imbere ye, akagusuzugura kugeza nâaho abikweretse. Mu byâukuri umugore wanjye tumaze kubyarana kabiri, mu […]
Ikibazo cy'ubushomeri mu rubyiruko gikomeza kwiyongera- Min.wâIntebe, Dr Ngirente
Minisitiri w’intebe, Dr Edouard Ngirente, avuga ko ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko ku mugabane wa Afurika gikomeje kwiyongera, bityo agarasaba ibihugu bya Afurika ndetse n’inzego z’abikorera gushora imari mu bijyanye no guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro hagamijwe kubugabanya. Abitabiriye inama mpuzamahanga yâishyirahamwe ryâamashuri makuru na za Kaminuza zigisha imyuga nâubumenyingiro, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 […]
Ntaho twajya, nibabanze bahagarike ubwicanyi bukorwa na Leta ya Nkurunziza- Impunzi z'Abarundi
Mu gihe Leta ya Tanzania ivuga ko nta mpunzi z’Abarundi igikeneye mu gihugu cyayo, zo zishimangira ko badashobora gutaha bitewe n’uko ngo icyo bahunze kitarakemuka. Bashimangira ko Leta y’u Burundi iyobowe na Perezida Nkurunziza ikora ubwicanyi. Minisitiri w’Imbere mu Gihugu muri Tanzania, Kangi Lugola avuga ko icyo izi mpunzi zahunze ubu cyakemutse, ibi ntabwo abivugaho […]
RDC: Inyeshyamba zikomoka muri Uganda zashimuse abasaga 100
Inyeshyamba za ADF zikomoka mu gihugu cya Uganda zikaba zikorera ibikorwa bya kinyeshyamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zirashinjwa gushimuta abaturage 106 ndetse no gusahura inzu nâamaduka. Ni mu gitero izi nyeshyamba zagabye ku wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2019, mu gace ka Bahema Boga, mu Majyepfo ya Irumu. Iyi mibare ikaba yarashyizwe […]
Umukozi wâImana, Albert Nabonibo yemereye mu ruhame ko ari umutinganyi
umuhanzi nyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Albert Nabonibo, yatangaje ku mugaragaro ko ari umutinganyi. Avuga ko yaryamanye n’abasore atibuka umubare ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye. Ku wa 26 Kanama 2019 mu kiganiro yagiranye n’Umugisha TV, yavuze  ko akiri mu mashuri abanza mu 1995 yari umwana utuje udasabana nâabandi atazi neza, ageze mu […]
Kigali: Bazinutswe kugura Gaz nyuma y'aho ituritse igatwika inzu
Mu masaha ya saa tanu zâamanywa yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kanama 2019, nibwo iri turika rya gaz ryabaye, mu kagari ka Rugenge, mu murenge wa Muhima, mu mujyi wa Kigali, inzu irashya irakongoka none bamwe barahiye bavuga ko itazabagerera mu nzu. Abari hafi birukankiye mu nzu kureba umukobwa wari waturikanywe nâiyi […]
Barusha inyamaswa ubugome- Ingabire Immaculée avuga abatema Inka za bagenzi babo
Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire Marie ImmaculĂ©e avuga ko abirara mu nka za bagenzi babo bakazitema, barusha inyamaswa ubugome ndetse ko bakwiye kuburanishirizwa mu ruhame. Yabitangaje abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, ubwo hamwe na bagenzi be bamukurikira kuri uru rubuga banengaga cyane umuturage watemye Inka za mugenzi we, mu […]
Umugabo twasambanye yakoze ikosa ryo kungereranya n'umugore we ubwo bateraga akabariro- Nkore iki?
Ndabagisha inama kandi nizeye neza ko muramfasha. Nitwa Aline nkaba ndi umudamu, mfite umugabo n’umwana umwe gusa, tubana mu buryo bwemewe n’amategeko kandi ubu rwose nta kibazo dufitanye. Nkiri umukobwa, hari umusore twari inshuti bisanzwe, tukajya tunaryamana ariko nyuma tuza guhagarika umubano wacu, gusa umugore baje gushakana yari inshuti yanjye rimwe na rimwe akamenya duke […]
Padiri Ubald aribaza impamvu Abakiristu b'Abanyarwanda bakoze Jenoside kandi barigishijwe ivanjiri
Mu Gitambo cya misa cyatuwe na Padiri Ubald Rugirangoga muri paruwasi ya Rwamagana, ku cyumweru tariki ya 25 Kanama 2019, yavuze ko ahora yibaza impamvu abakirisitu bakoze jenoside yakorewe Abatutsi kandi barigishwaga ivanjiri. Padiri Ubard yashimiye abantu bane basoje urugendo rwâubwiyunge bari bamazemo amezi 6 biga inyigisho zari zigamije kubigisha gusaba imbabazi no kubabarira ariko […]
Umutoza Mashami yakuyeho urujijo ku bibazaga ku ihamagarwa rya Haruna
Umutoza wâikipe yâigihugu yâu Rwanda, Mashami Vincent nyuma yo kutifashisha Haruna Niyonzima mu mikino yatambutse yo gushaka itike yâigikombe cya Afurika, benshi bagatekereza ko yaba yarasezeye mu ikipe yâigihugu, yakuyeho urwo rujijo. Haruna Niyonzima akaba na kapiteni wâikipe yâigihugu yâu Rwanda, ni umwe mu bakinnyi bakiniye Amavubi igihe kirekire, benshi bibazaga niba kudahamagarwa kwe ntaho […]
RDC: Abagore bagaye imyanya Perezida Tshisekedi yabahaye muri Guverinoma
Abagore bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko batishimiye umubare w’abagore bahawe imyanya muri Guverinoma, uhabanye cyane n’ibiteganywa n’Itegeko Nshinga. Ku wa 26 Kanama 2019, nibwo hasohotse urutonde rw’abagize Guverinoma, nyuma y’amezi arindwi ashinzwe Perezida Tshisekedi atowe. Mu Baminisitiri 66 bagize Guverinoma, abagore ni 12, bahwanye na 17%. Ikinyamakuru Actualitecd cyo muri Congo, […]
Mozambique: Ambasade y'u Rwanda mu rujijo yatewe n'iyicwa ry'umunyarwanda
Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique, Claude Nikobisanzwe avuga ko bataramenya icyaba cyihishe inyuma y’iyicwa rya Louis Baziga wari ukuriye Abanyarwanda baba muri iki gihugu. Amb. Claude Nikobisanzwe avuga ko Baziga yishwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2019, ahagana saa sita z’amanywa ubwo yari mu nzira ava iwe ajya ku igaraje mu gace […]
RDC: Eshatu muri Minisiteri Eshanu zikomeye ziyobowe n'uruhande rwa Kabila
Repubulika ya Congo yari imaze amezi arindwi idafite guverinoma, kuko kumvikana ku bagomba kuba bayigize hagati y’impande ebyiri zisangiye ubutegetsi muri iki gihugu byari byaranze. Umunyamategeko akaba n’umusesenguzi wa politiki yo muri DR Congo Jean Baptiste Gasominari yabwiye BBC ko impande zombi zatinze mu biganiro kuko hari amazina yatangwaga Perezida Tshisekedi akayanga. Ubutegetsi bwa Congo […]
Bantegetse kwikorera isafuriya ishyushye- Umunyarwanda wari ufungiye muri Uganda
Umunyarwanda witwa Manizabayo Albert wafashwe nâinzego zâumutekano zo muri Uganda, agafungwa, avuga ko yakorewe iyicarubozo akikorezwa isafuriya ushyushye. Manizabayo Albert wâimyaka 27 avuga ko yamaze umwaka muri gereza afashwe nâinzego zâumutekano za Uganda. Yafashwe agiye mu isoko, bamubwira ko yinjiye mu gihugu nta byangombwa afite. Uyu mugabo avuga ko yafunguwe kuwa Gatandatu wâicyumweru gishize tariki […]
Umusore n'inkumi bishwe n'ikamyo ubwo bavaga gusezerana
Umusore n’umukobwa bapfiriye mu mpanuka y’imodoka ubwo bari bavuye gusezerana imbere y’amategeko ku wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2019. Harley Morgan w’imyaka 19 na Rhiannon Boudreaux w’imyaka 20 y’amavuko, biciwe mu mujyi wa Orage muri Leta ya Texas. Aba bombi bari bamaze kwiyemeza kubana akaramata, bavaga ku biro by’urukiko rw’ibanze rwa Orange, bamaze kurahira […]
Kacyiru: Hasanzwe umurambo wâumusore bikekwa ko yishwe atewe ibyuma mu ijosi
Mu Mudugudu wa Bukinanyana, Akagari ka Kamatamu, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, hasanzwe umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 23, abawubonye bakeka ko yishwe atewe ibyuma akananigwa. Uyu murambo wasanzwe muri uyu mudugudu, hakaba ari hagati y’ikibuga cya Golf n’ikiyaga kizwi nk’icya Nyagahene, abaturage babonye uwo murambo batabashije kumenya nyirawo, […]
Nujya gusambanyiriza umugore wundi mugabo mu buriri bwe, dore ibyago 10 bizaba bigutegereje
Abagabo basambana nâabagore bâabandi bagabo, uretse kuba nabo ubwabo bisenyera akenshi usanga hari nâibindi byago byinshi baba bikururira. Abagabo bazi ubwenge burya bubaha uburiri bwa bagenzi babo, akaba yasambana nâumugore we ariko akaba atatinyuka kubikorera mu buriri bwe. Dore ibyago bishobora kukugwaho ufatiwe muri icyo cyaha. 1.Urupfu : Umugabo ugufatiye mu buriri bwe urimo gusambana […]
RDC: Umwana wâimyaka 13 urimo gutera ikirenge mu cya se, yafashwe ayoboye inyeshyamba
Pascal Simuzizi , umwana wâimyaka 13 akaba uwa Simuzizi uzwi cyane muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubera ibikorwa bya kinyeshyamba byaje no kumuviramo kwicwa mu 2016, yafashwe ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, i Luberizi, mu gace kâimisozi miremire ya Ruzizi, ayoboye inyeshyamba. Igisirikare cya Leta (FARDC) cyatangaje aya makuru. Umuvugizi wacyo […]
Kigali: RIB yafashe imodoka yanditse kuri Rumanyika Fred yari yaribwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rutangaza ko rwafashe imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Rav4 yari yaribwe, iyi modoka ikaba yanditse kuri Rumanyika Fred. mU itangaza uru rwego rwacishije ku rukuta rwa Twitter ku Cyumweru tariki ya 25 Kanama 2019, yagize iti ” Uyu munsi RIB yafashe imodoka yo mu bwoko bwa TOYOTA RAV4 ifite ibirango […]
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko mu Bufaransa- AMAFOTO
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yageze mu Mujyi wa Biarritz mu Bufaransa, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Kanama 2019, aho yitabiriye inama irahuza ibihugu Birindwi bikize ku Isi (G7). Perezida Kagame w’u Rwanda yitabiriye iyi nama atari uko ruri muri ibi bihugu birindwi bikize, ahubwo ni kimwe mu bihugu Umunani byayitumiwemo. […]
Burundi: Abayoboke ba Agathon Rwasa bashinje Pierre Nkurikiye kurengera abicanyi
Abayoboke b’ishyaka CNL rya Agathon Rwasa bashinja Pierre Nkurikiye uvugira Minisiteri y’umutekano, kubogama akarengera abagizi ba nabi bakubise bakanakomeretse ndetse bakanica umwe mu bayoboke baryo. Iri shyaka rivuga ko Pierre Nkurikiye yavuze ko abayoboke baryo aribo banyamafuti nyuma y’ugushyamirana kwabayeho hagati yaryo n’urubyiruko rwa CNDD-FDD, ubushyamirane bwaje gukurikirwa no gusenya zimwe mu nyubako z’aya mashyaka.. […]
Producer Moses yiyemeje gufasha ku buntu abahanzi bakizamuka muri muzika Nyarwanda
Umuyobozi mukuru w’inzu itunganya umuziki ya ‘The Super Talent Record’, Minani Moise, uzwi ku izina rya Moses, avuga ko yiyemeje gufasha abahanzi bafite impano byâumwihariko bakizamuka. Ni muri urwo rwego yateguye amarushanwa yise âMoses Promotion-Rebel Competitionâ aho umuhanza azajya ajya ku rubyiniro akaririmba, abo abakemurampaka bemeje nkâabatsinze akazajya abakorera indirimbo ku buntu. Aganira na Bwiza.com, […]
Turavuga tukabura aho tuvugira, ntidusinzira, amaso yacu yarahumye- Abaturiye uruganda rwa CIMERWA
Abaturage bo mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi, baturiye uruganda rukora sima rwa CIMERWA, baravuga ko ivumbi rituruka muri uru ruganda rigira ingaruka ku buzima n’imibereho yabo ya buri munsi, bagasaba ko bakwimurwa mu mbago zâuru ruganda. Ahitwa ku rya mbere uturutse ku mugezi wa Njambwe, ugana ahubatse uruganda rukora sima CIMERWA, no […]
Aho mviriye mu bihayimana sinkeneye gushaka umugabo ahubwo nkifuza kubyara akana- Nkore iki?
Mbaje kubifuriza weekend y’amahoro n’imigisha. Ndisegura kuko ntabwo imyirondoro nyivuga, ndi umunyarwandakazi nkaba ngisha inama. Mfite imyaka 40, nkaba nkora business nyuma y’aho mviriye mu bihayimana, umuntu ashobora kumbaza ikibazo wenda ngo kuki nabavuyemo, ariko icyo namusubiza kuko ndabizi hari abahita babyibaza, ni uko nasanze atari umuhamagaro wanjye. Kubera igihe cyose namazemo kandi nkaba ntarigeze […]
Ku ruzi rwa Rusizi hasanzwe imirambo y'abantu bishwe bakaswe imitwe
Abaroba mu ruzi rwa Rusizi batahuye imirambo ibiri y’abantu batahise bamenyekana, bishwe baciwe imitwe. Ni imirambo yabonwe mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 23 Kanama 2019, hafi y’uruzi rwa Rusizi, hakaba ari no ku ntangiriro y’umusozi wa Ruhagarika, Komini Buganda, Intara ya Cibitoke, mu Burundi. Nk’uko abaturage bahaturiye batangarije ikinyamakuru Sosmedis/Burundi, ngo iyi […]
Kuki u Rwanda na Uganda byunzwe na Angola kandi EAC ihari?
U Rwanda na Uganda byombi ni ibihugu bihuriye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, byiyunga Angola na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nibyo bihugu byabigizemo uruhare, aha niho benshi biba impamvu uyu muryango utegeranyije izi mpande hakitabazwa abandi. Umusesenguzi mu bya politiki yo mu karere k’ibiyaga bigari, Sebarenzi Joseph avuga ko amasezerano yo kurangiza icyuka cy’amakimbirane […]
Uruhinja rwahawe na se w'umukire impano y'imodoka ihenze
Chidi Mike, ni umuherwe mu gihugu cya Nigeria, mu byishimo yari afite nyuma y’aho umugore we yibarutse umwana w’umukobwa, yahise agenera urwo ruhinja impano y’imodoka ihenze (C300 Mercedes Benz). Uyu mugabo ngo usanzwe akora ubucuruzi bw’imodoka, yatunguye benshi nyuma yo kugenera uyu mwana iyi modoka ubwo yari mu byishimo by’ivuka rye. Abicishike ku rukuta rwe […]
Umugabo wanjye ntacyo abashije mu buriri, aragera, ageze n'aho kubara ibirayi tugiye guteka
Mwaramutse nshuti bavandimwe, Nitwa Jeannette nkaba ndi umubyeyi w’umwana umwe ariko nkaba mfite abandi ndera babiri. Ubwo ni abana batatu, umukozi nanjye n’umugabo. Mfite umugabo, nta kazi akora gahoraho ariko n’ubwo yamara icyumweru adakora ayo akorera umunsi umwe aba ari menshi. Mbese ni kenshi nagiye nsoma inama mugira abantu batandukanye, ni muri urwo rwego nanjye […]
Kigali: Abaturage bafungiwe mu biro by'Akagari bazira kutishyura amafaranga y'umutekano
Abaturage bo mu Kagari ka Rugenge, mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, baranenga uburyo bafungiwe mu Kagari, bazira kutishyura amafaranga y’umutekano. Ibi babifata nk’akarengane. Ku biro by’aka Kagari ka Rugenge hari abaturage barimo abagore nâumusaza bari mu cyumba cyâaka kagari bacunzwe nâAbanyerondo hafi aho hari nâabashinzwe umutekano mu rwego rwa […]
M23 yagaragaje akanyamuneza yatewe nâuko u Rwanda na Uganda byiyunze
Inyeshyamba za M23 zitangaza ko zakiriye neza inkuru yâuko u Rwanda na Uganda byashyize umukono ku masezerano yo gukemura amakimbirane byari bimaze imyaka ibiri bifitanye. Inyeshyamba za M23 zinejejwe nâiyi ntambwe, zashyize intwaro hasi mu mwaka wa 2013 nyuma yo kuneshwa nâingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Cong, Monusco,⊠Bamwe bahungira muri Uganda abandi mu […]
Rwanda & Uganda: Ntabwo ibibazo birangiye- Amb.Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Olivier Nduhungirehe avuga ko n’ubwo hari amasezerano yashyizweho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda mu gushakira umuti ibibazo ibi bihugu bifitanye, ngo ntibivuze ko ibibazo birangiye. Ubwumvikane bwo kurangiza amakimbirane hagati y’u Rwanda na Uganda bwashyizweho umukono ku wa Gatatu tariki ya […]
Umubare wâabasirikare ba Amerika bicirwa muri Afganistan ukomeje kwiyongera
Ku wa Gatatu tariki ya 21 Kanama 2019, abasirikare babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciwe muri Afughanistani, mu gihe ibiganiro hagati ya Amerika nâAbatalibani biteganijwe kongera kuba muri Qatar. Mu itangazo ubuyobozi bwâingabo za Amerika bwashyize hanze, ntabwo bugaragaza imyirondoro yâabo basirikare bâabakomando bishwe ubwo bakozanyagaho nâAbatalibani. Umuyobozi wâintara ya Almar, Abdul Manan […]
Umukunzi wanjye akunda ikibuno cyanjye kinini ariko ntabwo azi ko ari ikigurano- Nkore iki?
Uko tujyana n’iterambere ni nako bishobora kutubyarira ibyago cyangwa ibibazo tutazi kuko ubu nanjye ndi mu ihurizo ritoroshye kuko umukunzi wanjye duteganya kubana akunda ikibuno cyanjye, akunda kukivugaho ariko ni ikigurano nambara. Nitwa Nidine mba muri Kigali, umukunzi wanjye tumaranye umwaka n’amezi make dukundana, arankunda cyane, arankunda pe kandi anishimira uko nteye, gusa hasi, ubwo […]
Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi
Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire  Marie  ImmaculĂ©e, yasabye Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA ), gukemura ikibazo cyâabagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite. Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa […]
Perezida Kagame yashimiye bagenzi be bagize uruhare mu kunga u Rwanda na Uganda
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi hamwe na JoĂ ÂŁo Lourenà §o, ku bwâuruhare bagize mu kunga u Rwanda na Uganda byari bimaze imyaka ibiri bitabanye neza. Yabashimiye nyuma yo gushyira umukono ku masezerano impande zombi zemerenijweho yâubufatanye nâumutekano, hagamijwe kuvana umwuka mubi hagati yâibi bihugu byâibituranyi. […]
Pasiteri yarutse amafaranga abayoboke be barasakirwa
Umupasiteri wo muri Nigeria, Andrew Ejimadu  uzwi ku izina rya Seer1, yafashwe amashusho arimo kuruka amafaranga ubwo yari mu gitaramo cyâibitangaza i Limpopo muri Afurika yâEpfo. Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, uyu mupasiteri yaje gusobanura uko byagenze. Yagize ati âKu cyumweru gishize, ubwo nigishaga ijambo ryâImana i Limpopo, negerewe nâumugore ariko mbona uburyo afite […]
Burundi: Abo mu ishyaka CNDD-FDD bafatanye mu mashati n'abayoboke ba Rwasa
Inama nkuru y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi iramagana amakimbirane hagati y’amashyaka ya Politiki. Ikaba yasohoye itangazo nyuma y’ugushyamirana kwabaye hagati abayoboke b’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi n’ab’irya CNL rya Agathon Rwasa. Ku cyumweru tariki ya 19 Kanama 2019, nibwo aba bayoboke b’aya mashyaka abiri atandukanye bashyamiranye bityo umwe bimuviramo gupfa abandi umunani bo muri CNL […]
Hagiye gukorwa ubushakashatsi ku gitera ubuzererezi mu Rwanda- Bosenibamwe
Ikigo cy’Igihugu cy’Igororamuco kigiye gukora ubushakashatsi ku cyaba gitera ubuzererezi mu Rwanda, mu gihe 20% by’abagororwa ngo basubira inyuma bakabusubiramo. Ubu bushakashatsi bugiye gukorwa mu gihe usanga mu bice bitandukanye by’igihugu hari abana b’inzererezi, bamwe batangaza ko biyemeje kuba muri ubu buzima kubera ubupfubyi, ubukene bwo mu miryango, amakimbirane y’ababyeyi babo,…. Mu mujyi wa Kigali, […]
Perezida Tshisekedi yaherekejwe na Vital Kamerhe mu nama yo kunga u Rwanda na Uganda
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi hamwe na Vital Kamerhe, umuyobozi mukuru muri Perezidansi y’iki gihugu, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Kanama 2019, bitabiriye inama yo kunga u Rwanda na Uganda, muri Angola. Ni inama yitabirwa n’u Rwanda na Uganda, ibihugu bitabanye neza muri iki gihe, hamwe na Angola ifatanyije […]
Josine ni umukobwa w'imyaka 26, arashaka umukunzi uzabasha kumunezeza
Nitwa Josine ndifuza umusore utarengeje imyaka 35Â kandi usobanutse ushobora kunezeza, njye mfite imyaka 26. Anyandikire kuri umukunzinyawe@gmail.com dupange
Perezida Nkurunziza yongeye gushimangira ko ataziyamamaza
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza umaze imyaka 14 ku butegetsi, avuga ko mu gihe gito gisigaye ngo manda ye irangire, imihigo yari yarahizwe izaba yarashyizwe mu bikorwa kandi ko iyaba itararangira neza abazamusimbura bazacumbukura ikivi. Ku wa 20 Kanama 2019, mu ijambo rye ubwo yizihizaga imyaka 14 ishize ishyaka CNDD-FDD ifashe ubutegetsi na Nkurunziza akaba […]