PSD irahamagarira Urubyiruko kwitabira politike nk’uko bitabira imyidagaduro n’ imikino

PSD yatoye komite nyobozi nshya y’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda(UR-Huye), Perezida aba Ishimwe Eric, V/Perezida aba Mahoro Lambert, Umunyamabanga aba Uwamahoro Pascaline, akaba ari mu rwego rwo kwiyubaka iri shyaka rikomeje ryagura abanyamuryango baryo haba mu mumashuri, mu gihugu no mu mahanga, PSD ikaba iherutse kugaba ishami mu gihugu cy’u Bubiligi . Iyi komite nshya […]

RDC: Havumbuwe imirambo y’abazungu bikekwa ko ari impuguke za Loni zari zarabuze

Imirambo 2 y’abazungu ndetse n’umurambo umwe w’umwirabura yagaragaye kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Werurwe hafi y’Umugezi wa Moyo, muri Kasai yo Hagati nk’uko bytangajwe na Guverinoma ya Congo. Ni mu gihe hari hashize iminsi impuguke 2 z’Umuryango w’Abibumbye, Micheal sharp na zaida catalan baburiwe irengero hafi y’uwo mugezi ubwo hari kuwa 12 Werurwe. Ubu […]

Umukinnyi christiano Ronaldo agiye kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’aho akomoka

Icyamamare mu mupira w’amaguru Christiano Ronaldo aherutse guhabwa ikaze mu gace k’iwabo akomokamo ubwo yari agiye mu karuhuko, ubuyobozi bw’umujyi wa Madeira akomokamo buhita bwemeza ko ikibuga cy’indege cyari gisanzwe kizwi nka Aeroporto de Madeira cyangwa ikibuga mpuzamahanga cya madeira kigiye guhindurirwa izina kikaba Christiano Ronaldo international Airport. Izi mpinduka ngo zizaba mu rwego rwo […]

Uganda: Nyakwigendera AIGP Kaweesi yaba atari umutagatifu nk’uko benshi babyibwira

Hashize iminsi isaga 10 uwahoze ari umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, AIGP Andrew Felix Kaweesi yiciwe Kulambiro, mu nkengero za Kampala aho yari atuye ubwo kuwa 17 Werurwe 2017 abagizi ba nabi na n’ubu bataramenyekana neza bamwivuganaga mu gitondo cya kare, ariko bamwe mu bamuzi harimo umwe wari umuturanyi we bavuga ko nawe atari umutagatifu ndetse […]

Uwahoze ari Miss Uganda yibarutse impanga

Dorah Mwima wigeze kuba nyampinga wa Uganda yibarutse abana 2 kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Werurwe 2017. Ni nyuma y’uko uyu mugore mu minsi ishize yakunze kurangwa no gushyira ahagaragara amafoto agaragaza inda ye atwite ataranavuzweho rumwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni ku nshuro ya 2 uyu murwango wa Dorah n’umugabo we Barack Nader w’umuzungu […]

Rwamagana: Abaturage barihanangirizwa ku muco wo kwihanira

Hashize iminsi mu karere ka Rwamagana havugwa imfu za hato na hato, ziva ku kwihorera, kwihanira, urugomo n’amakimbirane yo mu miryango. Ibi byahagurukije Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rwamagana, Superintendent of Police (SP) Edouard Kiiza n’Umuyobozi w’aka akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Umutoni Jeanne, bajya kuganira n’abaturage, kuri iki cyumweru. Ibiganiro […]

Abayobozi ba EAC na CIRGL bari kwiga ku kibazo cy'u Rwanda n’u Burundi mu ibanga

Guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Werurwe 2017, i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi hateraniye inama y’iminsi 2, iyi nama ikaba igamije kurebera hamwe iterambere ry’ibihugu bihuriye mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba, EAC n’uw’ibiyaga bigali, CIRGL, ariko ikazanagaruka ku kibazo cy’umutekano mucye ukirangwa muri ibi bihugu ndetse n’umwuka utari mwiza hagati y’u Rwanda n’u […]

Burundi: Hamenwe amaraso mu rugo rw’umunyamakuru Jean Bigirimana washimuswe

Jean Bigirimana ni umunyamakuru w’i Burundi, yaburiwe irengero nyuma bikekwa ko yaba yarishwe. Kugeza ubu umuryango we yasize, umugore n’abana 2 umerewe nabi n’abaza bakabatera ubwoba. Nk’uko ibinyamakuru by’i Burundi bibitangaza, ngo ku cyumweru tariki ya 26 Werurwe 2017, aho umugore we n’abana 2 batuye, abantu batazwi baraje bahamena amaraso. Uretse ibi kandi ngo bagiye […]

RDC: Imirwano hagati y’imitwe 2 y’inyeshyamba yatumye abaturage bata ingo zabo

Ingo zibarirwa muri Magana zo mu gace ka Nyamaboko ya 2 muri Teritwari ya Masisi ho muri Kivu y’Amajyaruguru zatawe na ba nyirazo kuva ku Cyumweru gishize, itariki 26 Werurwe nyuma y’imirwano yongeye kubura hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba. Umutwe w’inyeshyamba witwa; Alliance des patriotes pour un Congo libre et souverain (APCLS) uyobowe na Janvier Kalahire […]

Nyaruguru: Abarimu n'uwari uhagarariye ibizamini bashinjwa gukopeza mu maboko y'ubutabera

Ku wa 9/11/2016 nibwo ikizamini gisoza umwaka wa gatatu 2016 ikiciro rusange cyari gitangiye gukorwa mu gihugu hose. Mu kigo cy’amashuri cya G.S Runyombyi ya Mbere yari centre d’examen yagombaga gukorerwaho abanyeshuri ba G.S Runyombyi ya Mbere na Runyombyi ya kabiri, uwari Center supervisor kuri icyo kigo, yafatanyije n’abandi barimu 6, gukopeza abanyeshuri bakoreye ikizame […]

Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n'ibyaro biba insinga

Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba insinga zitwara murandasi z’ikigo kiyicuruza cyitwa KT Rwanda Networks Company. Polisi ivugako aba bagabo, Uwiringiyimana Aphrodis na Muhawenimana Aaron bafashwe n’abaturage igihe barimo gucukura izi nsinga maze bakabashyikiriza Polisi. Bivugwa ko aba bombi na mbere yaho bari baracuruje insinga z’ubu bwoko mu Mujyi wa […]

Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by’agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Violette Uwamahoro arekurwa by’agateganyo agakurikiranirwa hanze nyuma yo gushimangira ko ibivugwa n’umutangabuhamya bidahagije ngo abe yakekwaho ibyaha ashinjwa . Umucamanza muri uru rukiko yavuze ko umutangabuhamya Jean Pierre Shumbusho yaranzwe no kwivuguruza mu byo ashinja Uwamahoro bityo ko ibyo yavuze bitashingirwaho bamuhamya ibyo ashinjwa. [xyz-ihs […]

Umuntu ugenda avuga nabi u Rwanda kuko yakuwe mu kazi ni umugambanyi-Dr Munyakayanza

Kuri uyu wa 27 Werurwe 2017, abakozi bo muri minisiteri y’uburezi mu Rwanda bahawe ikiganiro kirambuye kuri gahunda ya “Ndi umunyarwanda”, aho aba bayobozi bahawe impanuro ndetse n’ubumenyi bwimbitse ku moko yarangaga abanyarwanda ndetse n’icyo kwitwa umunyarwanda bivuze. Muri iki kiganiro, Dr Munyakayanza Franà§ois yasabye aba bayobozi kurangwa n’ubupfura, aho yasobanuye ko imfura ari umuntu […]

Antoinette, ni umukobwa ushaka umukunzi

Mwiriwe nitwa umurerwa nkaba ntuye Bugesera nkaba nshaka inshuti mfite imyaka 29 nkaba ndimibiri yombi arikojye rwose ntamafaranga mfite uwumva yaza tugafatanya inzira yurukundo yampamagara kuriyi numero 0723275355. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com

Iturufu y’amoko (Hutu &Tutsi) kimwe mu byatumye Gen Kayumba ashwana na bagenzi be

Mu gihe ubu mu Rwanda himakajwe gahunda ya Ndi Umunyarwanda, harandurwa burundu intekerezo za ndi iki, ubwoko ubu cyangwa buriya, abavuga ko barwanya Leta y’u Rwanda baba hanze y’igihugu bo amoko ni kimwe mu bibatera kuryana. Dr Rudasingwa ThĂ©ogene, wari umuhuzabikorwa mu ishyaka RNC rikorera hanze y’u Rwanda, ubwo yamenaga amwe mu mabanga y’ishyaka bikuruwe […]

Nyanza:Umuyobozi yakuye amabati munsi y’uburiri buryamyeho umugore n’umugabo

Umugabo witwa Semabumba n’umugore we Mukamurigo Rahel bafite agahinda batewe n’umuyobozi w’umudugudu wa Nyarugunga, mu murenge wa Muyira, ho mu karere ka Nyanza. Uyu ngo yaje mu rugo rwabo nijoro baryame maze, ajya munsi y’igitanda atwara amabati abiri mu yo bari bahawe n’umurenge. Mukamurigo Rahel aganira na bwiza.com avuga ko umukuru w’umudugudu, Mporwiki Erneste yaje […]

Kim Kardashian ntabyumva kimwe n'abashaka kumubuza kubyara umwana wa 3

Umunyamideli Kim Kardashian aherutse gutangaza ko atitatye ku mabwiriza yahawe na muganga ashaka ko abana be 2 babona undi muvandimwe mu gihe kitarambiranye. Ibi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru mu minsi ishize aho yavuze ko ashaka ko umuryango we wiyongera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gusa ku rundi ruhande, ibi ntabyumva kimwe n’abaganga bamukurikirana ndetse na nyina umubyara, Kris […]

Ingingimira ni yose ku basirikare b’u Burundi bari muri Somalia bibwa umushahara na Leta yabo

Abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia ku ikubitiro batakambaga basaba kurenganurwa ko bamaze umwaka badahembwa, ubu noneho bavuga ko nayo bahembwa Leta iyakata ikayamaraho ikabaha duke dusigaye. Aba basirikare kandi bavuga ko ubuvunjayi bukorerwa ku mishahara yabo buri hasi cyane ugereranyije n’uko ahandi idorali rivujwa, idorali rivujwa amafaranga y’u Burundi 2700 ariko […]

Amerika: Abakobwa bangiwe kurira indege kubera kwambara amapatalo abafashe

Sosiyete y’ubwikorezi bwo mukirere yo muri Amerika izwi nka United Airlines yangiye abakobwa kurira indege mu gihe bari mu rugendo bava mu mujyi wa Chicago berekeza mu mujyi wa Denver kubera udupatato tubafashe bari bambaye. Umuvugizi w’iyi sosiyete Jonathan Guerin yabwiye ikinyamakuru New York Times dukesha iyi nkuru ko aba bakobwa basigaye kubera ko haherutse […]

Umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na Rivers United wasubitswe

Nyuma y’uko Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru yandikiye impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) iyisaba ko imikino yari kuzahuza ikipe ya Rayon Sports ndetse na Rivers United yo muri Nigeriya muri uku kwezi kwa Mata yasubikwa kubera impamvu z’ibihe by’icyunamo abanyarwanda bazaba barimo, CAF yemeje ko iyi mikino isubikwa ikazasubukurwa nyuma y’icyunamo. Ni nyuma kandi y’uko […]

Huye: Ishyamba ryabaye ibagiro n’ubwiherero, bwakwira rikaberamo igobe

Mu murenge wa Kinazi, akarere ka Huye, abacuruza inyama babagira mu ishyamba, kandi iryo shyamba abarema isoko niryo bitumamo, ubundi bwakwira hakabera igobe ry’imbwa, yemwe ngo hari n’abaryifashisha nk’icumbi ry’akanya gato (lodge). Ibi bihangayikishije ababazi n’abakiliya babo, kuko bakorera mu mwanda kandi basora. Aha ni ahitwa kuri Arrete, hamwe haba amata menshi. Ishyamba rivugwa riri […]

Isi ntiyagira amahoro hakiri abafata ubwicanyi nko gukunda igihugu- Perezida Kagame

Perezida Kagame abaye umukuru w’igihugu wa mbere wanditse amateka wo ku mugabane wa Afurika mu gutanga ikiganiro mu nama y’umuryango AIPAC (American Israel Public Affairs Committee), uharanira guteza imbere umubano hagati ya Israel na Leta zunze ubumwe za Amerika. Ageza ijambo ku mbaga y’abitabiriye iyi nama izamara iminsi itatu irimo kubera i Washington, Perezida Kagame […]

Ibihangano byubaka imitima n’Igihugu, ni ukwigira ku mateka ya Genocide-Chorale Betifague

Abaririmbyi ba Chorale Betifague baratangaza ko kumenya amateka yaranze Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ari inzira nziza ibafashasha kubaka Itorerero ryabo ADEPR n’igihugu muri rusange, binyuze mu buhanzi. Chorale Betifague ibarizwa muri Paruwasi ya ADEPR Cyahafi ku umudugudu wa Cyahafi. Ku cyumweru Tariki ya 26 Werurwe 2017, yasuye urwibutso rwa Kigali ku Gisozi baherekejwe […]

Uganda: Abarwanyi 40 ba M23 bashyikirijwe ubutabera

Mu mpera z’icyumweru gishize, abarwanyi bagera kuri 40 bo mu mutwe wa M23 bashyikirijwe urukiko rwa Kabale muri Uganda, aba barwanyi bakaba bazira kuvogera no kwinjirana intwaro ku butaka bwa Uganda bavuye mu mashyamba ya Kongo. Umuyobozi w’uru rukiko Moses Kagoda Ntende yatangaje ko aba barwanyi batawe muri yombi ku butaka bwa Uganda binjiriye ku […]

Minisitiri Busingye yasabye inama nkuru ya Polisi kugendana n’ikoranabuhanga rigezweho

Minisitiri w’ubutabera, akaba n’intumwa nkuru ya leta, Johnston Busingye kuri iki cyumweru tariki 26 Werurwe Kwezi yabwiye abagize inama nkuru ya Polisi y’u Rwanda ko ibikorwa by’uru rwego rw’umutekano bikwiriye kujyana n’iterambere rigezweho kugira ngo rukomeze ndetse rurusheho kubungabunga umutekano w’abantu n’ibyabo dore ko runashinzwe kurwanya no gukumira ibyaha birimo ibyambukiranya imipaka bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga. […]

Perezida Kagame asanga u Rwanda rusangiye amateka na Isiraheli

Kuri uyu wa 26 Werurwe 2017, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagejeje ijambo ku nama ngarukamwaka y’umuryango AIPAC uharanira guteza imbere umubano hagati ya Isiraheri na Amerika, aho muri iyi nama yanagarutse ku bucuti leta y’u Rwanda ifitanye na Isirahel. Mu ijambo rye yagejeje ku bari aho, Perezida Kagame yashimangiye umubano n’ubucuti biri […]

Burundi: Abantu 8 barimo n’umupolisi bishwe mu cyumweru kimwe

Icyegeranyo cyashyizwe hanze n’Ishyirahamwe SOS Torture Burundi, cyo mu cyumweru kimwe kuva ku wa 18 kugera ku wa 25 Werurwe, kigaragaza ko abantu 8 bishwe mu bice bitandukanye by’u Burundi muri abo harimo n’umupolisi umwe. Umurambo w’uwo mupolisi watowe hafi ya kiliziya yitiriwe mutagatifu Yozefu mu Ngagara, iyicwa ry’uyu mupolisi rikaba rije rikurikira umubare munini […]

Mugabo, dore amabanga 9 ugomba kumenya ku mugore wawe yagufasha kumunezeza mu mibonano mpuzabitsina

Mu buzima burya iyo uzi umuntu unamenya uburyo umutwaramo, ni nayo mpamvu umugabo aba agomba kumenya twinshi ku mubiri w’umugore we kugirango anamunezeze mu gihe cy’akabariro, amwe mu mabanga umugabo yakagombye kumenya ku mugore we. 1.Mugabo, menya ko iyo umugore anyuzwe n’imibonano mpuzabitsina, umubiri we urekura imisemburo ikamwuzuramo, ituma yiyumvamo kandi akagirira icyizere uwamukoreye iyo […]

Amatora y’umuyobozi mushya wa FERWAFA yegeranyijwe n'ay'umukuru w'igihugu

Mu gihe byari biteganyijwe ko amatora y’umuyobozi mushya wa federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru azaba mu kwezi kwa mbere 2018, inama y’inteko rusange ya FERWAFA yabereye mu karere ka Rubvu kuri uyu wa 6 tariki ya 25 Werurwe yemeje ko aya matora agomba kuba mu mpeshyi iri imbere. Aya matora yashyizwe muri Nzeri 2017 mu gihe […]

Amagambo Gen Laurent Nkunda yavugaga yatangaga icyizere cyo gufata Congo mu minsi 3

Gen Laurent Nkunda ni umusirikare w’urugamba wagerageje guhangana na Leya ya Congo ayoboye ingabo za CNDP ariko birangira uyu musirikare urugamba rumunaniye. Imbwirwaruhame ze zari zikakaye, akavuga ijambo byumvikana ko afite imbaraga zidasanzwe yanafata Congo mu minsi mike. Mu kiganiro Imvonimvano kuri radiyo BBC, ku wa 21 Kanama 2004, Gen Nkunda yareruye avugira kuri mikoro […]

Kamwokya: Aho umuhanzi Bobi Wine afatwa nk’akamana, inzoga, indaya n’itabi birahendutse

Kamwokya, ni umwe mu mijyi yo mu gihugu cya Uganda. Uyu mujyi ukaba ufite umwihariko wawo wo kuba ari wo urangwamo ibiyobyabwenge by’amoko yose, ubujura, ubusambanyi n’ibindi bihabanye n’umuco usanzwe w’abenegihugu muri rusange kuko ho bifitiye uwabo. Ibitangazamakuru byo muri Uganda bivuga ko umuntu ukomoka muri uriya mujyi biba bigoye kuba hari uwamugirira icyizere ku […]

Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge

Ku itariki ya 25 Werurwe, abaturage b’umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y’u Rwanda ndetse n’izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku mibereho yabo n’iterambere ry’imiryango yabo. Ubu butumwa bwahawe abo mu kagari ka Rwampara n’imidugudu ituranye nako bagera ku bihumbi 3 nyuma y’igikorwa cy’umuganda ngarukakwezi, aho by’umwihariko […]

RDC: Abapolisi 42 bishwe baciwe imitwe

Umutwe w’inyeshyamba zirwanira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, zataye mu gatego abapolisi ba Leta zica 42 zibaciye imitwe. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, ko aba bapolisi bategewe mu gace ka Kananga. Francois Kalamba, umuvugizi w’inteko nshingametegeko muri Kasai akaba avuga ko uwo mutwe wakoze ubwo bwicanyi witwa Kamuina […]

Aho gutaha, impunzi z’Abarundi zirushaho kwiyongera

Ibi ni ibyatangajwe n’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (HCR), aho ritangaza ko impunzi z’Abarundi zirenga ibihumbi 400 zibarirwa mu bihugu by’ibituranyi (Rwanda, Tanzania na Congo) ndetse ko uyu mwaka wa 2017 ushobora kurangira zarageze ku bihumbi 500. Uyu muryango utangaza kandi ko aho kugirango impunzi z’u Burundi zitahe ziva mu bihugu zahungiyemo ko zirushaho […]

Abapolisi 600 batanze amaraso-AMAFOTO

Abapolisi bagera kuri 600 batanze amaraso ubwo Polisi y’u Rwanda yinjiraga muri gahunda y’igihugu yo gufatanya n’ikigo cy’igihugu gifite munshingano zacyogukusanya, kubika no gutanga amaraso kubayakeneye. Ubuyobozi bwa Polisi burangajwe imbere na Inspector General of Police Emmanuel K.Gasana, abamwungirije bombi, DIGP Dan Munyuza ushinzwe ibikorwa bya Polisi na DIGP Juvenal Marizamunda ushinzwe ubuyobozi n’abakozi, ba […]

Ibibazo benshi bibaza, ese umugore utarabyara ntashobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (Igice cya 9)

Iki ni ikibazo benshi mu bakunzi b’ikinyamakuru Bwiza.com bagarutseho cyane, bamwe bati, ese umukobwa ashobora kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bigakunda, umugore se utarabyara na rimwe we biba bimeze bite, abakobwa b’amasugi se bo birashoboka?. Muri iki gice cya 9 cy’ibibazo benshi bibaza ku kunyara k’umugore, igisubizo kuri iki kibazo ni uko byose bishoboka bitewe […]

Kayonza: Akarere kagaragaramo abajura benshi

Nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB), akarere ka Kayonza niko ka mbere mu Ntara y’Uburasirazuba kagaragaramo abaturage benshi bavuga ko babangamiwe n’ubujura . Umuyobozi mukuru wa RGB, Prof Shyaka Anastase ubwo yagezaga ku bayobozi bo mu ntara y’Uburasirazuba ibyavuye muri ubu bushakashatsi, yagize ati: Uko abaturage babona ibibazo bihungabanya umudendezo wabo, ibintu by’ubujura, […]

Abafana ba Rihanna baramusaba kutongera gukundana na Chris Brown bagereranya n’ igikoko

Mu gihe hari amakuru avuga ko Chris Brown ashakisha inzira izo ari zo zose ngo abe yakongera gucudika na Rihanna, abafana b’uyu mukobwa bakomeje kumwibutsa ibibi yamukoreye ari nako bamusaba kumugendera kure. “Ibyo abantu batifuza bikore kubera urukundo, Chris Brown ni igikoko kidasanzwe kurusha uko yaba umuntu ndetse utanabasha 100% kwitwararika mu rukundo”. Ibi ni […]

Aho Green Party imenyeye ko ivugwa mu kirego cya Nyamwasa, yabinyomoje

  Ishyaka riharanira demokarasi n’ibidukikije mu Rwanda, ntiryari rizi ko rivugwa mu kirego Kayumba Nyamwasa yatanze mu rukiko nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu. Harimo ko ryaba ryarashinzwe na Kagame, aho ribimenyeye, abayobozi byaryo babinyomoje,batanga n’impanuro. Ikirego Kayumba Nyamwasa yashyikirije urukiko nyafurika, cyavugaga ko Green Party yashinzwe na Kagame, kandi ko gahunda ya Tora Oya yari ukujijisha. […]

Diane, yasambanye na se umubyara anamwicira ubusugi- UBUHAMYA

Umukobwa yitwa Diane, ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko, se umubyara yaramusambanyije amubwira ko arimo kumupima ubusugi, yaratwise arabyara, se aza gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamya n’iki cyaha. Ati: “Nitwa Diane, navutse tariki ya 17 Nyakanga 1997, i Missirah (Senegal), ndi umukobwa wa Mouhamadou Diarrisso na Fatou Diaby. Nabanje kurererwa kwa Nyogokuru, naje gutwita […]

Ibirego Kayumba Nyamwasa na bagenzi be bareze Leta y’u Rwanda byahinduwe impfabusa

Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’Abaturage rwasomye urubanza Kayumba Nyamwasa na bagenzi be bari barezemo Guverinoma y’u Rwanda basaba guhagarika igikorwa cyo guhindura Itegeko Nshinga ry’u Rwanda, ruvuga ko ibyo basaba byataye igihe rudashobora gukurikirana ikirego cyabo. Ni ikirego Kayumba Nyamwasa afatanyije na bagenzi be batandatu batanze kuwa 22 Nyakanga 2015 basaba uru Rukiko Nyafurika […]

Perezida Nkurunziza yahanuye ko abanzi b’u Burundi Imana izabahana

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, ubwo Perezida Nkurunziza w’u Burundi yifatanyaga n’abaturage bo mu Gihosha mu bikorwa by’iterambere rusange, mu mpanuro yahaye abaturage yababwiye ko abanzi b’u Burundi Imana izabageraho. Ati: “Umwanzi w’u Burundi yakomera cyangwa atakomera, yaba Umurundi cyangwa Umunyamahanga, azahura n’Imana yo yaremye u Burundi”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Yakomeje avuga […]

Kigali: PM Anastase Murekezi yifatanyije n’abaturage b’i Jali mu muganda

Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, yifatanyije n’abaturage batuye mu murenge wa Jali, akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Mu ijambo yagejeje ku baturage nyuma yawo, yanabasabye kuzitabira ibiganiro byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 23 . Umuganda usoza ukwezi wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Werurwe 2017, […]

Somalia: Ba rushimusi mu mazi bashimuse ubwato bashaka kujya bakoresha batera andi mato

Ba rushimusi bo mu mazi bo muri Somalia bongeye gushimuta ubwato buto bwo muri iki gihugu bashaka kujya bakoresha mu kugaba ibitero ku mato manini nk’uko byatangajwe n’igipolisi cya Somalia kuri uyu wa gatanu. Abantu 10 bakomoka muri Yemen bari muri ubu bwato bwashimuswe bo bakaba babwirukanwemo bagashyirwa ku nkombe nk’uko abayobozi babitangarije Reuters. “Twumvise […]

Nta kibazo cy’umutekano muke cyangwa cy’iterabwoba kiri mu Mujyi wa Kigali – Polisi

Mu gihe iterambere ry’umujyi wa Kigali rikataje, Polisi y’u Rwanda irashimangira ko umutekano w’inyubako zihurirwamo n’abantu benshi ugomba gukazwa. Ibyo kandi ntibyagerwaho hatabayeho ubufatanye bw’inzego z’umutekano, ba nyir’amazu n’ ibigo byigenga bishinzwe umutekano ari nabyo bihabwa akazi ko kuzirinda. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda , Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege […]

Burundi: Abanyapolitiki ntibavuga rumwe ku ihindurwa ry’Itegeko Nshinga

Umunyapolitiki, Leonce Ngendakumana, umuyobozi wungirije mu ishyaka rya politiki, SAHWANYA-FRODEBU, avuga ko Itegeko Nshinga ritahindurwa muri ibi bihe u Burundi bukiri mu bibazo. Uyu munyapolitiki akomeza avuga ko igihe cyo kurihindura kitari cyagera, ko umunsi w’ibyo uzagera ari uko ibibazo u Burundi burimo bya politiki bizaba byavugutiwe umuti. Leonce NGENDAKUMANA avuga ko icyo Leta igomba […]

RDC :Abantu 18 baguye mu mirwano hagati y’Abatwa n’Abaluba

Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Werurwe 2017 ,abantu 18 nibo baguye mu gitero cyagabwe n’abo mu bwoko bw’Abaluba mu gace ka Mutiba gatuwe n’Abatwa kuri Kilometero 148 uvuye ku cyicaro gikuru cya Teritwari ya Manono mu Ntara ya Tanganyika ho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nk’uko bitangazwa n’abayobozi muri aka gace ngo muri […]

Rwanda :Bane bafunzwe bacyekwaho guha ruswa abapolisi

Nzamuye Jean Bosco, Ntawumenyumunsi Shaban, Shyirambere Donatien na Dusabeyezu Theophile bafunzwe bacyekwaho guha abapolisi ruswa y’ibihumbi 24 by’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo babakorere ibinyuranyije n’amategeko; ariko ntibyabahiriye kuko bahise bafatwa barafungwa. Babiri babanza bafatiwe mu karere ka Rubavu ku wa 24 Werurwe uyu mwaka; uwa gatatu yafatiwe ka Kamonyi; naho uwa kane yafatiwe mukarere ka […]

Uganda:Umupolisi wari mu myitozo yakubiswe na Kajugujugu arapfa

Richard Kaweesa wabarizwaga mu gipolisi cya Uganda mu gashami gashinzwe kurwanya iterabwoba yishwe na Kajugujugu ubwo yananirwaga gufata neza umugozi yamanukiragaho ari mu myitozo n’abagenzi be. Umuntu utarashatse ko izina rye ritangazwa akaba yarabwiye Ikinyamakuru Chimpreport iyi mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 23 Werurwe,2017 ndetse ko Kaweesa yahise yitaba Imana. […]

Abantu bagera ku 5,000 buri munsi bahitanwa n’Indwara y’Igituntu

Kuri uyu wa gatanu, itariki 24 Werurwe u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose mu Munsi Mpuzamahanga w’Igituntu, indwara bivugwa ko ihitana abantu bagera kuri miliyoni 2 buri mwaka, aho abantu bibasirwa cyane ari abo mu bihugu bya Indonesia, u Buhinde, u Bushinwa, Nigeria, Pakistan na Afurika y’Epfo. Mu Rwanda, uyu munsi w’Igituntu wahawe insanganyamatsiko igira iti: […]

Umwana udasanzwe ubasha guhindukiza isura ye ikareba inyuma (Video)

Umwana w’umuhungu ugezemu kigero cy’ubugimbi aravugwaho kuba asa n’uri mu kato mu gihugu cya Esipanye kubera ibyo akora bias n’ibidasanzwe, aho abasha guhindukiza umutwe we akareba inyuma mu mugongo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana abaturage bavuga ko akoreshwa n’amashitani ariko we akavuga ko nta kibazo ndetse ko ari muzima. Abo mu muryango w’uyu mwana bavuga ko […]

Umugabo yaguye gitumo umuhungu we na nyina basambanira mu buriri bwe

Hari saa kumi n’ebyiri z’igitondo, nibwo umugabo yatunguwe no gusanga umugore we arimo gusambana n’umuhungu we mu buriri bwe. Ibi byabereye mu mujyi wa Lome muri Togo. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu bitangaza ko uyu mugabo yari asanzwe ahabwa amakuru ko umuhungu we aryamana na nyina ntabyemere abantu batangazwa n’urukundo rwagaragaraga hagati yabo, nyuma […]

Huye: Mu murenge wa Kinazi abakozi bageza saa yine bataraza

Abagana umurenge wa Kinazi mu karere ka Huye, binubira abakozi b’umurenge bageza saa yine bataragera ku kazi, bigatuma bahata umwanya bategereje. Aha ni ku biro by’umurenge wa Kinazi mu karere ka Huye, muri metero 100 iburyo, uvuye ahitwa kuri Arete, ku muhanda Nyanza-Huye. Ku rubaraza rw’umurenge, hari abaturage basaga icumi babuze ubakira, kuko n’umupalanto ubaha […]

Itsinda rya gatandatu ry’abapolisi b’u Rwanda rigiye koherezwa mu butumwa bw’amahoro

Polisi y’u Rwanda iritegura kohereza itsinda rya gatandatu (FPU) ry’abapolisi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo. Iri tsinda ry’abapolisi ni irya kabiri rizaba ryoherejwe muri iki gihugu. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ibijyanye n’ubutumwa bw’amahoro muri Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) William Kayitare, yavuze ko ibikoresho bizakoreshwa n’iri tsinda ry’abapolisi […]

Diamond ashobora gusenyerwa n’umukobwa yakoresheje muri Video

Hamisa Mobetto ni umukobwa wagaragaye muri Video y’indirimbo Salome y’umuhanzi Diamond wo muri Tanzania, muri iyo ndirimbo yari yambaye imyambaro isa n’iy’uyu muhanzi. Nyuma y’ibyo uyu mukobwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ifoto yambaye ipantalo isa n’iya Diamond, ibi bikaba byatumye umugore we Zari agira icyo abivugaho. Hamisa nyuma yo gucisha iyo foto ye ku rukuta […]

Burundi: Imvura yasenye inzu zirenga 300 n'abantu 19 barakomereka

Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki 22 Werurwe 2017 muri Komini ya Gihanga mu Ntara ya Bubanza mu gihugu cy’u Burundi yakomerekeje abantu 19 , amazu arenga 300 arasenyuka naho imirima itwarwa n’amazi. Iyi mvura kandi ikaba yasize imiryango irenga 300 idafite aho ikinga umusaya . Radio Ijwi ry’Amerika dukesha iyi […]

Kayumba Nyamwasa aremeza ko ishyaka Green Party ryashinzwe na perezida w’u Rwanda

Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage (AfCHPR) rwatangaje ko kuri uyu wa Gatanu, itariki 24 Werurwe 2017 rutanga umwanzuro warwo ku busabe bwatanzwe na Gen Kayumba Nyamwasa n’abandi bitabaje uru rukiko barega Leta y’u Rwanda. Byari biteganyijwe ko ku isaha ya saa yine ku isaha yo muri Tanzania ari bwo uru rukiko rutanga umwanzuro warwo […]

Dr Kiiza Besigye agiye gukorana indirimbo na Bobi Wine

Nyuma yo gutsindwa mu matora y’umukuru w’igihugu inshuro zirenze imwe muri Uganda, umunyepolitiki Dr Kiiza Besigye yaba yamaze guhindura amayeri yo kwigarurira imitima y’abanyagihugu abinyujije mu muziki. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munyepolitiki ukomeye muri kiriya gihugu akaba ari gukorana indirimbo n’umuhanzi na we wamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye mu gihugu cyabo no mu karere, Bobi Wine. […]

Kampani zishinzwe umutekano zidahemba abakozi zigiye kujya zifungwa

Umuyobozi w’ishami rirwanya iterabwoba muri Polisi y’u Rwanda,Assistant Commissioner of Police (ACP) Denis Basabose, asanga abafite kampani zishinzwe umutekano ku nyubako zitandukanye badahemba abakozi bakoresha ko ntacyo baba bashoboye bityo ko bagomba kuva mu bucuruzi. Ibi ACP akaba yabivuze kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Werurwe 2017 mu nama yari igamije kujya impaka ku […]

U Rwanda ku rutonde rw'ibihugu bishobora kwibasirwa n’ibitero by’iretabwoba

Polisi y’u Rwanda yatangaje kuri uyu wa 23 Werurwe 2017 mu kiganiro n’abafite imiturirwa mu mujyi wa Kigali ndetse n’abafite inzego zicunga umutekano, ko ifite ibimenyetso simusiga ko hatagize igikorwa mu maguru mashya Kigali yazibasirwa. Muri iki kiganiro, polisi yatangaje ko ibi bitero bishobora guturuka ku banyarwanda ubwabo binjiye mu mitwe y’iterabwoba igendera ku matwara […]