Umunyamakuru yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gufatirwa ku mugore w’abandi
Umunyamakuru wo muri Zimbabwe aherutse guhura n’uruva gusenya aseberezwa mu ruhame nyuma yo gufatwa asambana n’umugore ufite undi mugabo. Amafoto yafashwe n’abamusebyaga yagaragaje ikarita y’akazi ye bimenyekana ko ari uwitwa Clayton Masekesa ukorera ikinyamakuru Newsday. Amwe mu mashusho yafashwe agaragaza umugabo arimo guhatirwa kugenda akururuka mu cyondo, mu gihe abamuhataga bamusekaga bamukoba. Hari aho agera […]
Nyuma y’u Rwanda Perezida Trump yirukanye na Mauritania muri AGOA
Guhera kuwa 01 Mutarama mu mwaka utaha wa 2019 igihugu cya Mauritania ntikizongera kungukira mu gukorana ubucuruzi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri AGOA, nyuma y’aho Perezida Trump afatiye iki cyemezo ashinja iki gihugu kudatera intambwe mu bijyanye no kurwanya ubucakara. Amasezerano y’ubucuruzi hagati ya Afurika na Leta Zunze Ubumwe za Amerika azwi […]
Hari abarimo gutegura ngo bazatoba ayo matora tuzabashyira ku rusenge ducanire — Imbonerakure
Itsinda ry’urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi ryongeye kumvikana ririmba indirimbo iburira abantu bazagerageza kubangamira amatora yo mu 2020 rivuga ko abo bazatwikwa. Muri video yashyizwe ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga, Imbonerakure za CNDD-FDD zitanga umuburo zivuga ko abazabangamira amatora yo mu 2020 bazabashyira ku rusenge maze bagananira munsi bagatwika, zikongera zikavuga […]
Yvan Buravan arishimira aho indirimbo ye 'Garagaza' igeze
Umuhanzi Yvan Buravan avuga ko kuba indirimbo “Garagaza” imaze kurebwa n’abagera kuri 1.000.000 abikesha ko ise umubyara ugaragara mu mashusho yayo yarayihaye umugisha nk’umubyeyi. Ibi Buravan yabitangaje mu kiganiro #Theturnup kuri TV10 ubwo yavugaga ku ndirimbo ye nshya yise “Si belle” n’igitaramo afite mu mpera z’uyu mwaka, anakomoza ku ndirimbo “Garagaza” ahamya ko gukundwa kwayo […]
Rusizi: Muri GS Nyabitimbo mudasobwa 22 zibwe n’abantu bataramenyekana
Abantu bataramenyekana , mu ijoro ryo ku wa gatanu rishyira kuri uyu wa gatandatu binjiye mu ishuri rya GS Nyabitimbo riri mu murenge wa Butare, mu karere ka Rusizi batwara mudasobwa 22 zifite agaciro ka 4.488.000 barabura, kugeza ubu bane mu bakekwa bakaba batawe muri yombi igihe hagikorwa iperereza. Amakuru bwiza.com ikesha umuyobozi w’iri shuri […]
Israel yahagaritse umugambi wo kwirukana abimukira
Isiraheli yahagaritse umugambi wayo wo gucyura ku ngufu abimukira nubwo abasaga ibihumbi 40 bakiri mu gihirahiro bibaza niba bazemererwa uburenganzira bunyuze mu mategeko bwo gutura muri icyo gihugu cyangwa se niba bazabwimwa. Umwe mu bimukira bakomoka muri Eritereya witwa Michael Afowerki, yahungiye muri Israheli nta kintu na kimwe afite. Yararaga mu ishyamba abantu basohokeramo, nyuma […]
Gatsibo: Polisi yafashe imifuka 17 y’inzoga zitemewe
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03 Ugushingo 2018, ku makuru yatanzwe n’abaturage Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro mu kagari ka Ndatemwa yafatiye mu rugo rw’umuturage imifuka 17 y’inzoga zitemewe zo mu bwoko bwa zebra warage. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of […]
Imitangire mibi ya serivisi ikigaragara mu Rwanda izakemurwa nande?
Ejobundi mu Ukwakira 2018, Ku nshuro ya gatanu urwego rushinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), ruherutse kumurika raporo yerekana uko u Rwanda ruhagaze mu nzego zitandukanye z’imiyoborere, harimo n’imitangire ya service, u rwego rukunze kuba ruri inyuma n’amanota ari hasi ugereranije n’zindi nzego ziza mbere nk’ urw’ umutekano. Imitangire ya service bigaragara ko hakirimo icyuho gikomeye […]
Burundi:Abatavuga rumwe na Leta basanga hasigaye inzira y’ intambara
Mu gice cya gatanu ari nacyo cya nyuma mu biganiro byahuzaga impande zitavuga rumwe ku kibazo cya politiki y’ u Burundi, Benjamin Mukapa yatangaje ko nta mahirwe asigaye. Ibi Mukapa yabivuze nyuma yo kubona ko Guverinoma ya Perezida Pierre Nkurunziza idafite ubushake bwo kumvikana na opozisiyo. Umwe mu batavuga rumwe na Leta y’ u Burundi […]
Francophonie Celebration : Faki yashimiye Presida Kagame wemereye Mushikiwabo kujya muri OIF
Rubavu: Ubuyobozi buraburira aborozi bakoresha abana mu kuragira inka
Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakiriba buraburira aborozi bororera muri uwo murenge bakoresha abana bato bari munsi y’imyaka 18 , ndetse no gukangurira aborozi gushyira inka mu bikumba Mu karere ka Rubavu cyane mu mirenge ikora mu nzuri za Gishwati hagaragara abana bato bari hagati y’imyaka 10 na 14 usanga buri umwe aragiye inka ebyiri cyangwa eshatu, […]
Rusizi: Impanuka y'imodoka yahitanye umukecuru w'imyaka 88
Mu mudugudu wa Kabayego,akagari ka Karangiro,mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi, ahagana saa yine za mugitondo zo kuri uyu wa Gatandatu habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yari ifite no za plaque RAD 953S ihitana umukecuru, Kirabirwa Agnès w’imyaka 88 y’amavuko ubwo yarimo yambukiranya umuhanda ajya mu murima. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Karangiro, Nzamwitakuze Dative, […]
urutonde rw'abakinnyi b'iburayi b'abahehesi
Ahari abantu ntihabura urunturuntu. Gucana inyuma ni kimwe mu bibazo abantu basanzwe bagirana. Iyo bigeze ku bifite n’ibyamamare bifata indi ntera. Bwiza.com yabateguriye urutonde rw’abakinnyi batanu ku mugabane w’ibiurayi bagiye baca inyuma bagenzi babo bakinana. Muri aba harimo: 5. Thibaut Courtois Thibaut Courtois ni umunyezamu w’ikipe ya Real Madrid akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi. Uyu […]
Burundi: Abanyunyuzwa imitsi n’Imbonerakure bararira ayo kwarika
Urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi “Imbonerakure”; rurashinjwa kurya ibya rubanda, rubaka amafaranga Leta itazi. Abaturage bo mu gace ka Kamesa muri zone ya Musaga, mujyi wa Bujumbura, bavuga ko nta muturage ushobora kugira icyo akora cy’iterambere cyangwa ngo agurishe atabanje guha Imbonerakure amafaranga. Kubaka muri Kamesa ngo ntibyoroshye, kuhagura ikibanza byo bikaba […]
Gakenke: Bamwe mu bagore batunzwe no guhonda amabuye
Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Gakenke bavuga ko mu rwego rwo gushaka imibereho bazinduka bakajya mu misozi gushaka amabuye bakayahonda bakayagurisha, bavuga ko kuri ubu, ubuzima bwabo bumeze neza kuko babasha kwikemurira ibibazo bitandukanye nubwo aka kazi gasaba ingufu. Aba bagore bavuga ko biteye isoni kuba umugore yakwirirwa yicaye mu rugo ategereje gusa […]
Uganda: Ikinyamakuru cyashinje Gen. Kayihura kwica Andrew Kaweesi kiri mu mazi abira
Ikinyamakuru ‘New Vision’ cyo muri Uganda kigiye gukurikiranwa mu mategeko nyuma y’uruhererekane rw’inkuru cyagiye cyandika kuri Gen. kale Kayihura zimushinja kugira uruhare mu rupfu rw’uwari umuvigizi w’Igipolisi cya Uganda, Andrew Felix Kaweesi. Muri Werurwe 2017, nibwo Assistant Inspector General of Police (AIGP) Andrew Felix Kaweesi, wari Umuvugizi wa Polisi muri Uganda yicanwe n’umushoferi we ndetse […]
Zari Hassan arabarizwa ku butaka bwa Uganda – Amafoto
Zari Hassan wahoze ari umugore wa Diamond Platnumz, wagizwe ushinzwe kwamamaza ubukerarugendo mu gihugu cya Uganda, kuri ubu yamaze kugerayo avuye muri Afurika y’Epfo, gutangira imirimo yashinzwe. Tariki 01 Ugushyingo 2018, nibwo Zari yageze muri Uganda aho yakiriwe na Polisi ndetse n’abakuru muri Guverinoma ya Uganda, aho byari biteganyijwe ko ahita yerekeza kuri Minisiteri guhura […]
Somalia: Uwayoboraga Al-Shabab ariyamamariza kuyobora Intara
Uwahoze ari umuyobozi w’umutwe wa Al-Shabab, Mukhtar Robow yemerewe kwiyamamaza muri Somalia, mu matora y’Intara ateganyijwe muri uku kwezi. Mu mwaka wa 2012, nibwo Mukhtar uzwi ku izina rya Abu Mansoor, yavuye mu nyeshyamba za Al Shabab, akaba yari yarimwe uburenganzira bwo kwiyamamaza na Leta Somalia. Akanama gashinzwe gutegura amatora i Baidoa, ubu kamuhaye uburenganzira […]
Impamvu ingana ururo yatandukanyije Rihanna n’umukunzi we
Umuhanzikazi Rihanna yamaze gutandukana n’uwari umukunzi we, umuherwe, Jameel Hassan bitewe no kuba bose baba bahuze. Inshuti ya hafi y’uyu muhanzi yavuze ko n’ubwo bitavuzwe cyane, kuva muri Nyakanga 2018 Rihanna yari yaratandukanye na Jameel. Yagize iti” Rihanna kugeza ubu nta mukunzi afite. Yatandukanye na Jameel mu minsi ishize. Byatewe ahanini n’uko bombi baba bahuze,Rihanna […]
RDC: Buri mukandida-Perezida azajya arindwa n’abapolisi kabuhariwe 25
Komiseri Mukuru wa Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Amuli Dieudonné yagaragaje itsinda ry’abapolisi kabuhariwe bahawe imyitozo ihambaye yo kurinda abakandida- Perezida, bazaba bahatana mu matora ateganyijwe mu Ukuboza. Ku wa Gatanu tariki ya 2 Ugushyingo 2018, nibwo komiseri yerekaniye i Kinshasa abapolisi 525, bahawe inshingano zo kurinda abakandida biyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, amatora […]
Muzajya muraswa- Perezida Museveni abwira abatavuga rumwe na Leta
Perezida wa Uganda, yoweri Kaguta Museveni yavuze ko inzego z’umutekano zikwiriye gukoresha uburyo butandukanye mu guhangana n’abatavuga rumwe na Leta harimo no kubarasa. Mu itangazo ryo kuwa 28 Ukwakira 2018 rifite umutwe ugira uti” Amabwiriza yo guhangana n’abigaragambya,abakora iterabwoba,n’abakekwaho ibyaha”, Perezida Museveni avuga ko bishobora kuba ngombwa hagakoreshwa amasasu ya nyayo mu rwego rwo guhashya […]
Rusizi: Barasaba akarere guteza imbere ibikorwa by'ubukerarugendo
Abiga mu kigo ‘Child Care Academy’ kiri mu murenge wa Kamembe, mu karere ka Rusizi, cy’amashuri abanza, bavuga ko nyuma yo gusura ibice binyuranye by’Intara y’Amajyepfo n’akarere ka Karongi mu Ntara y’Uburengerazuba, basanga hari byinshi akarere kabo gakwiye gukora ngo kazamure ibikorwa by’ubukerarugendo. Aba banyeshuri bavuga ko mu rugendoshuri baherutsemo hamwe n’abayobozi babo ,abarezi na […]
Gen. Kakule arashinjwa gukorana n’ abahoze muri M23
Gen. Kakule Sikuli bakunze kwita La Fontaine akomeje gushyirwa mu majwi ko akorana n’ abahoze muri M23 mu mugambi wo kwigarurira Umujyi wa Beni ndetse n’ Amajyepfo ya Ituri. Iyi nkuru itangiye kuba kimomo mu gace ka Kasindi yatangiye kuvugwa kuva muri 2012, ubwo abasirikare benshi ba FARDC bakoreraga mu Ntara ya Kivu y’ Amjayaruguru […]
Perezida Museveni yapfushije se wabo
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yapfushije se wabo Eriya Riisi wari ufite imyaka 94. Uyu musaza yari asanzwe atuye mu cyaro cya Nyakibungo,mu murenge wa Ruhunga uri mu gace kashari mu Karere ka Mbarara nk’uko itangazo ry’Umunyabanga mu biro bya Perezida, Lindah Nabusayi ribivuga. Umukambwe Eriya Riisi ni murumuna wa se wa Museveni, Amos Kaguta […]
Abanyamakuru 700 ku Isi bamaze kwicwa bazira umwuga wabo
Ibarurishamibare ryakozwe n’ Umuryango w’ Abanyamakuru batagira umupaka(RSF) ryerekana ko kuva mu ntangiriro z’ ikinyejana cya 21 abanyamakuru basaga 700 nibo bishwe bageragezaga gutanga amakuru bafitiye gihamya. Ishami rya Loni rifite mu nshingano ubumenyi n’ umuco (UNESCO) ryahise ryemeza ko buri tariki 2 Ugushyingo uzaba umunsi mpuzamahanga wo kureka kwirengagiza ibyaha byakorewe abanyamakuru. Ni nyuma […]
Abakinnyi batanu bagira isoni kurusha abandi ku mugabane w’iburayi
Abakinnyi ni bamwe mu bantu barebwa n’abantu benshi haba ku kibuga ndetse no hanze yacyo. N’ubwo bimeze gutyo,benshi muri bo ntibabasha kwihanganira amaso ya benshi abareba. Kuri iyi nshuro tugiye kubagezaho abakinnyi bagira isoni kurusha abandi muri Shampiyona zikunzwe ku mugabane w’I Burayi: 5. Lionel Messi Lionel Andrés Messi Cuccittini uzwi nka Lionel Messi ni […]
Muhanga/Rongi: Abatujwe mu mudugudu w’ikitegererezo barataka inzara
Bamwe mu baturage batujwe mu mudugudu w’icyitegererezo wa Horezo uri mu mpinga y’imisozi miremire ya Ndiza, mu murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga, barishimira igikorwa Leta yakoze cyo kubavana mu manegeka bagatuzwa aheza ariko ikibatunga ngo gikomeje kubabera ingume. Bavuga ko izi nzu zubatswe kure y’imirima yabo ku buryo bamwe bazisonzeyemo kubera ko nta […]
Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje gutanga uburezi bufite ireme- Min.w’Intebe, Dr Ngirente
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yatangarije mu karere ka Huye ko Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje guteza imbere uburezi bufite ireme kandi kuri bose. Ibi yabigarutseho ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri basoje ibyiciro bitandukanye muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, umuhango ukaba wabereye mu karere ka Huye, kuri uyu wa Gatanu […]
Diamond Platnumz aritegura kurongora umukobwa bahararanye – Amafoto
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y’abatari bake ku mugabane w’Afurika ndetse n’isi muri rusanjye Diamond Platnumz kuri ubu ari mu rukundo n’umukobwa ugaragara mu ndirimbo z’abahanzi witwa Lilian Kessy uzwi nka Kim Nana nkuko bitangazwa na Nyina Sanura Kasimu. Aganira n’ikinyamakuru Amani dukesha iyi nkuru nyina wa Diamond, Sanura Kasimu, yahamije ko umusore we ari mu […]
Urujijo mu rubanza rw’uwahoze akorera umuherwe Rujugiro
Urukiko Rukuru mu Rwanda kuri uyu wa Kane 1 Ugushyingo 2018 rwaburansihije urubanza k’ubusabe bw’uwahoze ari umukozi w’uruganda rukora itabi rwa Rujugiro ruba muri Uganda, Thierry Kanobayire. Uwunganira Kanobayire mu iburanisha ryo ku munsi w’ejo, Me James Nuwagaba yavuze ko umukiliya we yareze asaba ko Leta yaba iretse gusubiza 200,000$ uwitwa Emile Rwasamanzi wayitsinze mu […]
Kivu y’Amajyepfo: Inyeshyamba zikomoka i Burundi zakozanyijeho n’undi mutwe utazwi
Nyuma yaho bitangarijwe ko hari igihiriri cy’abantu bitwaje intwaro baturutse i Burundi bagana muri teritwari ya Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri ubu imirwano ngo yatangiye hagati y’inyeshyamba za RED-Tabara n’undi mutwe utwazwi. Izi nyeshyamba za RED-Tabara zikomoka i Burundi, zakozanyijeho n’uwo mutwe utaramenyekana mu gace ka Kigoma, gaherereye mu Ntara ya Kivu […]
Urubanza ku bakekwaho kwica Col. Karegeya rwatangiye kuburanishwa
Urukiko rwa Randburg mu Mujyi wa Johannesbourg muri Afurika y’Epfo ku munsi w’ejo kuwa 1 Ugushyingo 2018 rwatangije urubanza rw’abakekwaho kwica uwigeze kuyobora iperereza ryo hanze y’U Rwanda, Col. Patrick Karegeya. Mu kiganiro na VOA kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2018, umufasha wa nyakwigendera Karegeya ari we Leah Karegeya yemeje iby’aya makuru kandi ahamya ko […]
Rusizi/ Gitambi: Abanyeshuri baratabaza
Abanyeshuri biga mu mwaka wa Kane, uwa Gatanu n’uwa Gatandatu y’amashuri abanza mu ishuri rya Nyampanga mu murenge wa Gitambi ho mu karere ka Rusizi; bavuga ko imyigire yabo ibangamiwe no guhora banyagirwa bakanicwa n’izuba kandi byiswe ko bari mu ishuri. Iyo ugeze kuri iri shuri ryegeranye n’ibiro by’umurenge wa Gitambi, utungurwa no kubona ibyumba […]
RDC: Umukandida-Perezida ushyigikiwe na Kabila ari mu mazi abira
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wafashe icyemezo cyo kugumishaho ibihano wafatiye bamwe mu bategetsi bo hejuru ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barimo na Emmanuel Ramazani Shadary, umukandida-Perezida ushyigikiwe na Perezida Joseph Kabila w’iki gihugu. Abari mu murwa mukuru Kinshasa bavuganye na BBC, bavuze ko ibi bihano bishya kuri Shadary n’abandi bategetsi 15 ba Congo, byitezwe gutangira […]
Kicukiro: Ucyekwaho kwiba Miliyoni yashyikirijwe Polisi
Ku wa 31 Ukwakira 2018, abaturage bashyikirije Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro uwitwa Murebwa Samuel bafatanye miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda yari yibye mu modoka y’umucuruzi mu kagari ka Karamba Umurenge wa Gatenga mu karere ka Kicukiro. Ubwo Shyaka Vianney usanzwe ukora ubucuruzi yavugaga ko yibwe amafaranga yari asize mu modoka, abaturage batangiye gushakisha uwaba […]
Uzwi nka Rambo yahanaguweho icyaha cyo gusambanya ku ngufu
Sylvester Stallone uzwi nka Rambo, yahanaguweho icyaha yari akurikiranweho cyo gufata umugore ku ngufu. Mu kwezi k’Ukuboza umwaka ushize, nibwo umugore ubu ufite imyaka 48 y’amavuko, yashinje Rambo kumufata ku ngufu, avuga ko ku nshuro ya mbere byabaye mu 1987. Nk’uko ikinyamakuru TMZ kibitangaza, uyu mugore yavugaga ko Rambo yamusambanyije ku ngufu ubugira kabiri mu […]
Isesengura: Joseph Kabila azigana Vladimir Putin mu kongera kugaruka 2023 ?
Mu gihe manda ya kabiri ndetse ya nyuma ya Perezida wa Congo-Kinshasa, Joseph Kabila yarangiye mu Ukuboza 2016, nk’ uko bitegenywa n’ Itegekonshinga rya Congo-Kinshasa, ishyaka PPRD Kabila abarizwamo ryamaze kwemeza ko rizahagararirwa na Emmanuel Shadary. Ibi Kabila yabyemeye akurikije inyurabwenge rya politiki ya Perezida w’ u Burusiya, Vladmir Putin aho yasimbuwe na Dimitry Medvedev […]
Nyamasheke: Barasabwa kwisuzumisha kenshi indwara zitandura
Ubuyobozi bw’Ikigo Nderabuzima cya Kamonyi, kiri mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke, buvuga ko bwahagurukiye gukangurira abaturage bose kwisuzumisha nibura rimwe mu mwaka indwara zitandura nka Diyabete, Kanseri, umuvuduko w’amaraso n’izindi. Kera indwara zitandura bamwe bazitaga iz’abakire ariko n’abadafite n‘abadafite ubushobozi ntizaburaga kubica, bamwe bakikoma abaturanyi babo ngo barabaroze, ngo ni ibyo barenze […]
Tariki 2 Ugushyingo: Haile Selassia wimitswe nk’umwami w’ abami ni umuntu ki?
Kuwa 2 Ugushingo 2018, Aba Rasta bo ku Isi barizihiza umunsi udasanzwe igikomangoma cyo muri Ethiopia Haile Selassia yimitswe akitwa umwami w’ abami. Haile Selassie yavutse yitwa Tafari Makonnen Woldemikael avuka ku ya 23 Nyakanga 1892 yitaba Imana ku ya 27 Kanama 1975. Selassie yabaye umuyobozi ukomeye wa Ethiopia kuva 1916 kugeza mu 1930 no […]
Congo-Brazaville: Louise Mushikwabo yatangiye gushimira abamushyigikiye
Nyuma yo gutorerwa kuyobora Umuryango w’ Ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa(OIF), Louise Mushikwabo yatangiye gushimira abamushyigikiye ndetse aniyemeza kuzaba hafi agace ka Afurika yo hagati. Ibi yabitangaje ubwo yageraga muri Congo-Brazaville, agira ati” Muri manda yanjye nzaba hafi Afurika yo hagati kuko yashyigikiye kandidatire yanjye niyo mpamvu muzambona kenshi muri aka karere ndushaho guteza imbere […]
Umukobwa wa Mbonyumutwa yavuye imuzingo uburyo se yakubiswe ku manwa y’ihangu
Umukobwa w’uwabaye Perezida wa mbere wa Repubulika y’U Rwanda Dominiko Mbonyumutwa ari we Marie Claire Mukamgema yavuze uburyo se yakubitiwe mu Byimana mu 1959. Mu kiganiro na Radiyo BBC kuwa 1 Nzeri 2018, Mukamugema yemeje ko se yakubiswe n’abasore umunani ubwo yavaga kumusura ku ishuri arikoko nawe yirwanyeho ku buryo yahavunikiye ukuboko. Mukamugema avuga ko […]
Urujijo ku gatsiko k’abasirikare binjiye muri Congo bavuye ku butaka bw’u Burundi
Abaturage bo muri Uvira, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaza ko babonye abantu igihiriri bambuka bava i Burundi bajya mu gihugu cyabo, ariko uburyo byakozwemo bukaba butaramenyekana. Iki gihiriri cyari kigizwe n’abantu basaga 100, ngo bakaba bari bafite intwaro, bambuka umugezi berekeza muri Uvuri, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nk’uko Radiyo Ijwi rya […]
Perezida Kagame yasabye ubufatanye mu kubungabunga urusobe rw'ibinyabuzima
Perezida w’U Rwanda, Paul Kagame yasabye abayobozi bo ku mugabane w’Afurika gushyira imbaraga mu bufatanye kugira ngo urusobe rw’ibinyabuzima rubungwabungwe uko bikwiriye. Ibi Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima. Yagize ati” Nubwo dukomeje gukora cyane duharanira ukwishyira ukizana ku bantu […]
Uganda: Umuhanzi Navio yarwaniye n’umukobwa mu kabari
Daniel Lubwama Kigozi uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Navio, aravugwaho kurwanira mu kabari gaherereye mu gace ka Kololo, mu Mujyi wa Kampala. Uyu muraperi avuga ko atigeze arwana, ahubwo agashimangira ko yashyamiranye n’umukobwa witwa Carol wiga muri Kaminuza ya Makerere, aho banyweraga mu kabari kitwa ‘Wave Louge’. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cyo muri Uganda, Pmldaily, ngo […]
Ishyaka rikomeye muri Congo rivuga ko amatora ya Perezida atiteguwe
Ishyaka rya UDPS (Union pour la Démocratie et le Progrès Social), rimwe mu atavuga rumwe na Leta ya Congo, ritangaza ko iki gihugu kititeguye amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu Ukuboza. UDPS riza ku isonga mu mashyaka atavuga rumwe na Leta, umuvugizi waryo, Augustin Kabuya aganira na AFP ku wa kabiri tariki ya 30 Ukwakira 2018, […]
Kuva navuka si nigeze ubwishingizi bwo kwivuza- Diamond Platnumz
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko kuva yavuka atari yarigeze atunga ikarita y’ubwishingizi bw’ubuzima. Ibi Diamond Platnumz yabitangaje Kuwa 31 Ukwakira 2018 uwo Kompanyi ya Resolution yamushyikirizwaga amakarita y’ubwishingizi bwe n’ubw’abana be, Tyffah, Nillan na Dylan. Mu kiganiro na Bongo TV, Diamond avuga ko we n’ubwo ari bwo buzima yakuriyemo, yafashe icyemezo cyo gutangira kwishyura ubwishingizi […]
Gupfira hano no gupfira mu Rwanda tubona byose ari kimwe- Abahoze muri FDLR
Abahoze mu nyeshyamba za FDLR, mu mwaka wa 2014 bakemera gushyira intwaro hasi ndetse bakanatuzwa by’agateganyo mu nkambi ya Kisangani, mu gihe basabwa gutaha mu Rwanda, bavuga ko badashobora kuhakandagiza ikirenge. Aba barwanyi n’imiryango yabo, bose hamwe basaga 800, bavuga ko hari amakuru bahabwa y’uko umutekano wo mu Rwanda itifashe neza, iki ngo nicyo bashingiraho […]
Gen. Muntu arahakana guteza umwiryane mu barwanya Perezida Museveni
Uwahoze ari Umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni, Rtd Gen. Mugisha Muntu arahakana ko nta ruhare ari kugira mu kuvana abayoboke muri FDC abajyana mu ishyaka aherutse gushinga. Mugisha Muntu yakomeje kunengwa nyuma yaho abari abayobozi 63 ba Forum for Democratic Change bo mu gace ka Ankole beguye maze bakiyunga ku ishyaka rye […]
Rusizi: Impanuka y'imodoka yahitanye babiri bane barakomereka
Mu mudugudu wa Nyagatare, akagari ka Shagasha, mu murenge wa Gihundwe, mu karere ka Rusizi habereye impanuka ikomeye yaturutse ku ikamyo yari itwaye lisansi yerekeza mu mujyi wa Rusizi, yagonze ivatiri yavaga mu mujyi wa Rusizi yerekeza mu murenge wa Giheke muri aka karere ka Rusizi, umugore wari uyitwaye n’umuforomo bari kumwe bitaba Imana, abana […]
Min. w’Intebe, Dr. Ngirente yakiriye indahiro z’abashinjacyaha babiri anabaha impanuro
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente Edouard yakiriye indahiro z’abashinjacyaha babiri bo ku Rwego rw’Ibanze, abaha impanuro ndetse anabifuriza imirimo myiza. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Ukwakira 2018, nibwo Min. w’Intebe yakiriye indahiro ya Madamu Mukarusagara Janvière n’iya Madamu Uwitonze Clarisse nk’abashinjacyaha bo ku rwego rw’ibanze, abasaba gusigasira icyizere bagiriwe n’umukuru w’igihugu, Inama y’Abaminisitiri ndetse […]
Rubavu: Ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku iyimurwa ry’isoko rya Mbugangali
Bamwe mu bakorera mu isoko rya Mbugangali mu Karere ka Rubavu barasaba ko iri soko ritakwimurwa bagakomeza kurihahiramo. Ibi babishingira ku kuba ubuyobozi bw’Akarere buherutse kubibamenyesha ariko ku bwabo bakavuga ko batiyumvisha uko barikurwamo bararihawe n’umukuru w’igihugu. Kuba isoko rya Mbugangali bamwe mu barikoreramo bavuga ko barihawe n’umukuru w’igihugu no kuba aribo ubwabo bagize uruhare […]
Njye na Messi nitwe dukwiriye kuba ku rwego turiho- Cristiano Ronaldo
Umukinnyi wa Juventus, Cristiano Ronaldo avuga ko we n’umukinnyi wa Barcelona, Lionel Messi ari bo bakinnyi b’ibihangange bariho ku isi kandi ko bakwiriye kuba bari ku rwego bariho ubu. Aganira na France Football Cristiano yagize ati” Ni bahe bakinnyi beza bigeze kubaho muri iyi myaka 10 ishize? Wababarira ku ntoki, ni abantu babiri. Ni Lionel […]
Inyeshyamba za FDLR zongeye kuvugwa ku butaka bw’u Burundi
Imirongo y’abasirikare, Imbonerakure ndetse n’abandi bavuga Ikinyarwanda bicyekwa ko ari abarwanyi ba FDLR, bose bari bambaye imyenda y’igisirikare cy’u Burundi, bagaragaye mu gace ka Gasenyi, Komini Buganda, mu Ntara ya Cibitoke, mu gace k’Uburengerazuba bw’Amajyaruguru y’u Burundi, berekeza muri Congo. Ahagana saa moya z’ijoro zo ku wa Kabiri tariki ya 30 Ukwakira 2018, nibwo aba […]
Rwatubyaye Abdul yashyiriweho akayabo na Yanga Africans yifuza kumugura
Yanga Africans ikipe yo mu gihugu cya Tanzaniya yatangaje ko yiteguye gutanga miliyoni 90 z’amashilingi akoreshwa muri iki gihugu bagura myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Rwatubyaye Abdul ubwo igura n’igurisha rizaba rifunguye muri Tanzaniya. Rwatubyaye usigaje umwaka umwe muri Rayon Sports bivugwa ko Yanga Africans yamaze kuyumvikanaho na Rayon Sports ikazishyirwa ibihumbi 40 by’amadorari, ubu […]
Perezida Museveni agiye gusezerera abajenerali 17 kuva yafata ubutegetsi
Perezida wa Uganda akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo, Yoweri Kaguta Museveni ku nshuro ya mbere muri Nyakanga, 2019 azasezerera abasirikare bo ku rwego rwa jenerali 17 kuva yajya ku butegetsi mu 1986. Muri aba basirikare harimo uwahoze ari Umuhuzabikorwa w’inzego z’ubutasi za Uganda, Gen. David Sejusa bamaze igihe batarebana neza kugeza ubwo ahunze igihugu akajya mu […]
Ubushobozi bujyanye n’igihe, intwaro RIB ikeneye
Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha ‘Rwanda Investigation Bureau’ (RIB), Col. Ruhunga Jeannot avuga ko ubushobozi bujyanye n’igihe ariyo ntwaro ya mbere uru rwego rukeneye kugira ngo rurushe imbaraga abakora ibyaha bifashishije ikoranabuhanga n’ayandi mayeri ahambaye. Ni ibyatangajwe mu nama nyunguranabitecyerezo ku kwemeza igenamigambi “Strategic Plan” ya RIB izagenderaho mu gihe cy’imyaka itandatu, kuva 2018 […]
Kanye West agiye kugaruka muri Uganda nyuma yo gutera umugongo U Rwanda
Minisitiri w’Ubukerarugendo mu gihugu cya Uganda, Godfrey Kiwanda Suubi atangaza ko Umuraperi Kanye Ye azagaruka mu gihugu cye muri Mutarama 2019 mu rwego rw’icyo uyu muyobozi yise akazi k’ubukerarugendo. Amakuru aturuka mu bantu ba hafi muri Minisiteri y’Ubukerarugendo muri iki gihugu avuga ko uyu muhanzi azaba aje mu rwego rwo kugirwa ambasaderi w’ubukerarugendo bwa Uganda […]
Nyamasheke: Abasoroma icyayi bahangayikishijwe n'ubuzima bw’abana babo bajyana mu kazi
Abagore batunzwe no gusoroma icyayi muri koperative y’abahinzi b’icyayi ya COOPTHE Mwaga-Gisakura, mu karere ka Nyamasheke, bafite abana bonka, bavuga ko bahangayikishijwe n’imibereho yabo kuko usanga babasoromana icyayi. Bavuga ko babura aho babashyira, banabashyira hasi ntibizere umutekano wabo bakabaho mu buzima bubi cyane, bagasaba ubuyobozi bw’iyi koperative n’ubw’amahuriro y’abahinzi b’icyayi mu Rwanda kubakemurira iki kibazo. […]
Inzara iraca ibintu mu Karere ka Burera kubera ibirayi
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Rugarama na Kagogo mu karere ka Burera bavuga ko baretse guhinga igihingwa cy’ibirayi bitewe n’uburyo imbuto yabahenze bityo ubu inzara ikaba imeze nabi kuri benshi. Bamwe mu baturage baganiriye na Radiyo Ijwi rya Amerika kuwa Mbere w’iki cyumweru bavuga ko ibura ry’imbuto y’ibirayi ryatewe n’uburyo ibirayi byigeze kwera […]
Umugabo wikatishije amatwi n’amazuru arateganya no kwikuzaho igitsina
Erick Hincapie Ramirez uzwi ku izina rya Kalaca Skull atangaza ko nyuma yo kwikatisha amatwi n’amazuru akabona ari byiza, ko agiye no kwikatisha igitsina. Uyu mugabo, yikatishije ibi bice bye bibiri by’umubiri, yishyizeho ibishushanyo mu maso n’ahandi ku mubiri we, abamubona bamugirira ubwoba kuko isura ye iteye ubwoba. Akomoka mu mujyi wa Cartago, muri Colombia. […]