Diamond ntabwo ari umuhungu wâinzozi zanjye_Miss Jolly
Nyampinga wâu Rwanda wâumwaka wâ2016, Miss Mutesi Jolly avuga ko umuhanzi wamamaye cyane muri Tanzania no ku mugabane wa Afurika, Diamond Platinumz, atari umuhungu wâinzozi ze ku buryo yamubera umugore. Jolly yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Yago TV Show, anyomoza ibyavugwaga ko ashobora kuzisanga yarabyariye uyu muhanzi umaze gutandukana nâabagore benshi, nyuma yâaho yari amaze […]
Biden yatutse umunyamakuru kuri nyina bitewe nâikibazo yamubajije
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden yatutse umunyamakuru wa Fox News witwa Peter Doocy kubera ikibazo yari amaze kumubariza mu kiganiro. Iki kiganiro cyabereye mu ngoro yâUmukuru wâIgihugu (White House) kuri uyu wa 24 Mutarama 2022, nyuma yâijambo ryâiminota 8 Biden yari amaze kuvuga. Nyuma yâiri jambo, ibitangazamakuru bivuga ko abanyamakuru […]
KNC wafatiwe ibihano avuga ko arajurira
Umuyobozi Mukuru wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) wafatiwe ibihano na Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda (FERWAFA), yavuze ko arajuririra bimwe muri byo. Nkâuko bigaragara ku itangazo ryasohotse ku rubuga rwa FERWAFA kuri uyu wa 24 Mutarama 2022, iyi komisiyo yahannye KNC gusiba imikino ine nâihazabu yâamafaranga yâu Rwanda (Frw) […]
Perezida wa Burkina Faso yanditse ibaruwa y’ubwegure
Perezida wa Repubulika ya Burkina Faso, Roch Marc Christian KaborĂ©, yandikiye umuyobozi wâabasirikare bahiritse ubutegetsi bwe, Lieutenant Colonel Paul-Henri Sandaogo Damiba, amumenyesha ko yeguye ku nshingano yâUmukuru wâIgihugu. Nkâuko bigaragara mu ibaruwa KaborĂ© yashyizeho umukono kuri uyu wa 24 Mutarama 2022, yagize ati: âKu bwâinyungu zisumba izindi zâigihugu na nyuma yâibyabaye kuva ejo, mfashe icyemezo […]
Gen. Kainerugaba arasaba Imana gushyigikira ubwiyunge bwâu Rwanda na Uganda
Umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba nâumuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba arasaba Imana gushyigikira ubwiyunge bwâigihugu cye nâu Rwanda. Bigaragarira mu butumwa uyu musirikare yashyize ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 25 Mutarama 2022, yifashishije amabendera yâibihugu byombi, bugira buti: âUbumwe bwacu bwatangiye mbere yâamateka yanditse. Turi umuntu […]
Mukandutiye arabaza igihano azabanza hagati ya burundu ya Gacaca nâimyaka 5 yâUrukiko Rukuru
Angelina Mukandutiye uri mu bo mu mutwe witwaje intwaro wa MRCD-FLN bareganwa na Paul Rusesabagina, Nsabimana Callixte nâabandi 19, yabajije umucamanza igihano azabanza kurangiza hagati yâigifungo cya burundu yakatiwe nâUrukiko Gacaca ndetse nâicyâimyaka itanu yakatiwe nâUrukiko Rukuru. Mukandutiye wâimyaka 71 yâamavuko yabajije iki kibazo mu iburanisha mu Rukiko rwâUbujurire ryabaye kuri uyu wa 24 Mutarama […]
Perezida wa Burkina Faso yatawe muri yombi
Perezida wa Repubulika ya Burkina Faso, Roch Marc Christian KaborĂ©, yatawe muri yombi nâabasirikare bivugwa ko bamaze guhirika ubutegetsi bwe. Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, ivuga ko aya makuru yayahamirijwe na bamwe bamufunze. Perezida KaborĂ© ngo ubu afungiwe ku biro byâingabo, ndetse itabwa muri yombi rye nâimpamvu yaryo riratangarizwa kuri radiyo na televiziyo byâigihugu mu gihe […]
Rwanda-Uganda: Mukurarinda avuga ko icyizere ku izahuka ryâumubano kigeze kuri 50-60%
Umuvugizi wa Guverinoma yâu Rwanda wungirije, Me Alain Mukurarinda, avuga ko icyizere ku izahuka ryâumubano wâiki gihugu na Uganda ubu kigeze ku rugero rwa 50 cyangwa 60%. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri RBA, nyuma yâuruzinduko rwâumunsi umwe umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba nâUmugaba wâIngabo zirwanira ku butaka ndetse nâumujyanama we mu bikorwa […]
Ndayishimiye avuga ko Abarundi bahaye Yesu amazi yo kunywa
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko mu bihe bya kera, bahaye Yesu amazi yo kunywa mu gihe yari mu buhungiro mu Misiri. Uyu Mukuru wâIgihugu yabitangaje ubwo yasozaga igiterane mpuzamadini cyateguwe nâishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, mu rwego rwo kugaragaza ko u Burundi ari igihugu gifite umugisha, kikaba umugisha no ku bindi. […]
Abu Dhabi: Igitero cya misile ebyiri cyapfubijwe
Minisiteri yâIngabo ya Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu (UAE) yatangaje ko abasirikare bayo bapfubije igitero cya misile ebyiri zarashwe nâumutwe wâiterabwoba wa Houthi ku murwa mukuru, Abu Dhabi, mu gitondo cyâuyu wa 24 Mutarama 2022. Itangazo iyi Minisiteri yashyize hanze rigira riti: âIngabo zishinzwe uburinzi bwo mu kirere zapfubije zinasenya misile ebyiri zarashwe nâumutwe wâiterabwoba wa […]
Impamvu Mwenda abona Gen. Kainerugaba ari we wenyine wagombaga koherezwa i Kigali
Umunyamakuru Andrew Mwenda ukunzwe muri Uganda, usanzwe ari inshuti yâumuryango wâUmukuru wâIgihugu, yagaragaje zimwe mu mpamvu zatumye Umugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba ari we wenyine wari ukwiye koherezwa mu Rwanda, akaganira na Perezida Paul Kagame. Mwenda yavuze ko azi ko nta nâumwe muri Uganda washoboraga kuba intumwa nziza yoherezwa kuri Perezida […]
Gen. Kainerugaba i Kigali, urubanza rwa ba Rusesabagina, Mukansanga azamura ibendera, inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 17 Mutarama 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye politiki, ubutabera, siporo nâumuco. Harimo: Umuhungu wa Museveni i Kigali Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba nâUmugaba wâingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba tariki ya 22 Mutarama 2022 yagiriye uruzinduko rwe bwite mu Rwanda, ahura na Perezida Paul Kagame. […]
Rev. Past. Nzabonimpa yitabye Imana ari mu murimo wâivugabutumwa
Rev. Pasteur Nzabonimpa Canisius wari mu bashumba bâitorero ADEPR bakomeye mu gihugu, yapfiriye mu Karere ka Rubavu ari mu murimo wâivugabutumwa. Umuhungu wa nyakwigendera, Nsengurebe Joel (nyiri shene ya YouTube yitwa Iyobokamana TV) yatangarije Bwiza.com ko inkuru yâuru rupfu yamenyekanye mu gitondo cyâuyu wa 23 Mutarama 2022, kandi rwaje rutunguranye kuko ngo nta kibazo cyâubuzima […]
Volleyball: Mutabazi ukinira ikipe y’igihugu yaburiye i Dubai
Mutabazi Yves ukinira ikipe y’u Rwanda ya Volleyball biravugwa ko amaze icyumweru kirenga aburiwe irengero, i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) aho yakiniraga. Umunyamukuru wa siporo, Sam Karenzi yamenyesheje inzego zirimo Minisiteri ya Siporo iby’ibura ry’uyu mukinnyi ati: “Umuryango wa #YveMutabazi ukina i Dubai uhangayikijwe cyane no kuba amaze icyumweru kirenga yaraburiwe Irengero! […]
Burkina Faso: Amasasu menshi yumvikanye mu murwa mukuru
Urusaku rwâamasasu menshi muri Burkina Faso rwumvikanye ku birindiro byâingabo bya Sangoule Lamizana mu murwa mukuru, Ouagadougou mu gitondo cyâuyu wa 23 Mutarama 2022. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza bivuga ko urusaku rwâamasasu muri Sangoule Lamizana rwatangiye kumvikana saa kumi nâimwe (isaha ya GMT), rumara isaha nâigice. Ibi birindiro ni byo bibamo abasirikare bakuru ba Leta ya […]
Turi mu buhungiro batwitaga Abanyarwanda_Gen. Kainerugaba
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba nâUmugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba avuga ko mu gihe we nâumuryango we bari mu buhungiro, abantu babitaga Abanyarwanda. Yabitangarije mu butumwa bushyigikira imishyikirano yâibihugu byombi igamije kubyutsa umubano wari mwiza wajemo agatotsi bitewe nâimpamvu zâumutekano na politiki. Yagize ati: âNamaze igihe kinini nzi […]
Capt Sagahutu ucumbikiwe muri Niger avuga ko agifite imbaraga zo gutera u Rwanda
Capt Sagahutu Innocent uri mu Banyarwanda 8 Umuryango wâAbibumbye wohereje muri Niger, avuga ko agifite imbaraga zo gutera u Rwanda, cyane ko ngo uko byagenda kose intambara igomba kuzaba muri iki gihugu. Yumvikana abivugira mu kiganiro yagiranye nâabandi barwanya ubutegetsi bwâu Rwanda baba mu mahanga, cyatambutse kuri shene ya YouTube yitwa Umutware TV, ku wa […]
Umutoza Adil yavuze ko APR FC itazagumana abakinnyi badashoboye gutsinda ibitego
Umutoza mukuru wa APR FC, Mohamed Adil Erradi yatangaje ko iyi kipe itazagumana abakinnyi bâabasatirizi badashobora kubyaza amahirwe babona mo ibitego. Yabitangarije umunyamakuru wa RBA nyuma yâaho kuri uyu wa 22 Mutarama 2021 APR FC yari imaze kunganya na AS Kigali ubusa ku busa. Uyu mutoza ntiyishimiye imyitwarire yâiyi kipe byâumwihariko ku busatirizi, kuko ntiyumva […]
Nabyo byaba byiza mbaye ndi Umunyarwandakazi_Umugore wa Besigye
Umugore wâumunyapolitiki Dr Kizza Besigye utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Uganda, Winnie Byanyima, yasubije ko na byo byaba byiza abaye ari Umunyarwandakazi. Byanyima uyobore ikigo cyegamiye ku Muryango wâAbibumbye kirwanya SIDA, UNAIDS, yasubizaga ukoresha urubuga rwa Twitter wamwise Umunyarwandakazi ati: âByanyima ni Umunyarwandakazi, si Umugandekazi.â Uyu wiyise Opressed Ugandans yasubizaga ku butumwa Byanyima yari yashyize kuri […]
Imyaka 13 irashize Gen. Nkunda atawe muri yombi
Tariki ya 22 Mutarama 2009 ni bwo umusirikare wari uyoboye umutwe witwaje intwaro wa CNDP (CongrĂšs National pour la DĂ©fense du Peuple) , Gen. Laurent Nkunda yatawe muri yombi ubwo yinjiraga mu Karere ka Rubavu, aturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Nkunda yatawe muri yombi nâingabo zâu Rwanda mu masaa tanu yâijoro ryâuwo […]
Kigali: Yasanze uwo yakoye arimo gusezerana nâundi
Umugabo witwa Uwizeyimana Eric yasanze umugore avuga ko yakoye amafaranga yâu Rwanda ibihumbi 500 (Frw 500,000) witwa Isamaza Suzana arimo gusezeranira nâundi ku biro byâumurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo. Byabaye kuri uyu wa 20 Mutarama 2022, Uwizeyimana wagerageje guhagarika isezerano rya Isamaza ngo atarasubizwa inkwano yatanze, atangariza umunyamakuru wa BTN TV uko byagenze. […]
Col. Gatabazi Sankara asabira gukurikiranwa avuga ko muri FLN yakekwagaho gukorera Kigali
Colonel Gatabazi Joseph wari ushinzwe ibikorwa byâumutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, avuga ko yari mu bantu bakekwagaho gukorana na Kigali, bityo ngo nta mwanya yahabwaga ngo akore inshingano ye. Uyu musirikare ucumbikiwe byâagateganyo ku kigo cya Mutobo mu Karere ka Musanze mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe ni we Nsabimana Callixte […]
Mr Rwanda yasuzumye ibyangombwa bya Super Manager, isanga afite imyaka 23
Abarimo gutegura irushanwa ryâumuhungu wâUmunyarwanda uhiga abandi mu bwiza, Mr Rwanda, baremeza ko basuzumye ibyangombwa bya Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager, basanga koko afite imyaka 23 yâamavuko. Mu Kuboza 2021 ni bwo abitabira iri rushanwa rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya mbere batangiye kwiyandikisha. Mu byâibanze basabwaga harimo kuba bafite imyaka iri hagati […]
Bamporiki avuga ko abahuza inka yagabiwe na Isimbi na ruswa bafite ishingiro
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUrubyiruko nâUmuco, Bamporiki Edouard avuga ko abantu bahuje inka yagabiwe nâumukinnyi wa filimi Isimbi Alliah na ruswa bafite ishingiro. Isimbi yagabiye Bamporiki iyi nka mu ntangiriro zâuku kwezi kwa Mutarama 2022 ubwo bari bahuriye mu busabane nâabandi bafite aho bahuriye nâibikorwa byo guteza imbere imyidagaduro. Icyo gihe ni bwo Bamporiki […]
RDC: Kabund weguye âyanga agasuzuguroâ, yisubiyeho
Uwari Visi Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Jean-Marc Kabund uherutse kwegura avuga ko yanze agasuzuguro, yisubiyeho, yemera gusubira kuri iyi nshingano. Kabund usanzwe ari na Perezida wâinzibacyuho wâishyaka UDPS riri ku butegetsi, tariki ya 13 Mutarama 2021 ni bwo yatangarije ku rubuga rwa Twitter ko yeguye ku mirimo yâInteko. […]
Sankara arasaba kudashinjwa nk’uwayoboye ibitero, kandi uwabikoze ari i Mutobo
Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara mu gihe yari Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa FLN, arasaba kudakurikiranwa nk’uwayoboye ibitero wagabaga ku Rwanda kandi uwabikoze ari mu kigo gicumbikira by’agateganyo abari abasirikare basubizwa mu buzima busanzwe kiri i Mutobo mu Karere ka Musanze. Major Sankara yabivugiye mu rukiko rw’ubujurire kuri uyu wa 20 Mutarama 2022 ubwo […]
Umugaba Mukuru wâingabo za Afurika yâEpfo yasuye iz’u Rwanda muri Cabo Delgado

Umugaba Mukuru wâingabo za Afurika yâEpfo, General Rudzani Maphwanya yasuye ingabo na Polisi byâu Rwanda biri mu butumwa bwâamahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Gen. Maphwanya yari aherekejwe nâUmugaba Mukuru wungirije wâingabo za Mozambique, Lt. Gen. Bertolino Jeremias Capetine hamwe nâabandi bofisiye bakuru. Ntabwo ibyo baganiriyeho biramenyekana gusa ikiriho ni uko ingabo za […]
Imyambarire yâabâigitsina gore mu ngabo zâu Burundi yahagurukiwe
Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Burundi, General Prime Niyongabo yahagurukiye imyambarire, inyogosho nâibirungo abasirikare bâigitsina gore (abakobwa nâabagore) bisiga birimbisha. Nkâuko bigaragara mu itangazo aherutse gushyiraho umukono, Gen. Niyongabo yavuze ko bimaze kugaragara ko hari abasirikare bâigitsina gore Bambara, bakiyogoshesha cyangwa bakirunga bitajyanye nâamahame ngengamyitwarire yâingabo zâu Burundi. Yabishingiyeho abuza aba basirikare: kwambara amajipo magufi, imyambaro […]
Mali yirukanye indege yâu Budage yarimo abasirikare 75
Minisiteri yâingabo yâu Budage yatangaje ko kuri uyu wa 19 Mutarama 2022 Leta ya Mali yirukanye indege yayo yâubwikorezi yari itwaye yari itwaye abasirikare 75. Nkâuko ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters bibivuga, iyi ndege yari ivuye mu Budage yerekeza aho ingabo zâu Budage mu murwa mukuru wa Niger, Niamey, yageze hafi yâikirere cya Mali, itegekwa kutinjira […]
Urukiko rwafashe icyemezo cyo kutaburanisha Kabila muri dosiye ya Chebeya
Urukiko rukuru rwâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) rwafashe icyemezo cyo kutinjiza Joseph Kabila wabaye Umukuru wâIgihugu mu iburanishwa ku rupfu rwâimpirimbanyi yâuburenganzira bwâikiremwamuntu, Floribert Chebeya nâumushoferi we, Fidel Bazana. Ubusabe bwo kwinjiza Kabila muri uru rubanza bwari bwaratanzwe nâimiryango iharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu irimo La Voix des Sans Voix washinzwe na Chebeya, nyuma […]
Izindi ngabo zâu Burundi zibarirwa mu magana zagiye muri Uvira
Izindi ngabo zâu Burundi nâImbonerakure zibarirwa muri 600 ziravugwaho koherezwa muri Teritwari ya Uvira, Intara ya Kivu yâAmajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kugira ngo zifatanye nâizari zisanzweyo mu kurwanya umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara. Izi ngabo bivugwa ko tariki ya 18 Mutarama 2022, zavuye mu Burundi, zigera mu gace ka Mubere, […]
Bamporiki ntiyishimiye ko videwo ye na Isimbi yagiye hanze
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUrubyiruko nâUmuco, Bamporiki Edouard, yagaragaje ko atishimiye ko videwo ye nâumukinnyi wa filimi nyarwanda, Isimbi Alliah yagiye ku karubanda. Iyi videwo yasohotse mu ntangiriro zâuku kwezi ni iyo yumvikanyemo avuga ko ari idebe rya Isimbi nyuma yo kwemera inka yari amaze kumugabira, ubwo bo hamwe nâabandi bo mu myidagaruro bari […]
Umutoza wa Zimbabwe yakuriye ingofero umusifuzi Mukansanga

Umutoza wâikipe yâigihugu ya Zimbabwe, Norman Takanyariwa Mapeza yakuriye ingofero Umunyarwandakazi Salma Rhadia Mukansanga wasifuye umukino wabahuje na Guinea Conakry wa nyuma mu matsinda yâirushanwa ryâabagabo ryâibihugu bya Afurika, CAN 2021. Mukansanga ni we wari umusifuzi wo hagati muri uyu mukino wabereye kuri Sitade Ahmadou Ahidjo mu murwa mukuru wa Cameroon (Younde) Zimbabwe yatsinzemo Guinea […]
Nyamagabe: Arishyuza Frw hafi ibihumbi 300 avuga ko yambuwe nâumukoresha

Umuturage witwa Ndagijimana Ferdinand utuye mu Mudugudu wa Nyirakiraro, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Kibirizi wâAkarere ka Nyamagabe arasaba ubuyobozi kumwishyuriza amafaranga yâu Rwanda (Frw) 272,500 uwahoze ari Shebuja witwa Kayihura Barthazar yarindiraga inzu, ariko akaza kumwambura. Mu mabaruwa Bwiza.com ifitiye kopi Ndagijimana yandikiye abayobozi batandukanye kugeza ku rwego rwâintara, avuga ati: âKayihura Barthazar yampaye […]
Arasabira umugabo we wamukubise gufungurwa, kuko ngo ni we watungaga urugo
Dusengimana Eveline utuye mu Kagari ka Kabushinge, Umurenge wa Rwaza wâAkarere ka Musanze arasabira umugabo we Twagirayezu lldephonse ufungiwe muri Gereza ya Rwamagana gufungurwa, kuko ngo ni we watungaga umuryango. Dusengimana mu ibaruwa yandikiye Minisitiri wâUbutabera tariki ya 10 Mutarama 2021, ikamenyeshwa umuyobozi wâurwego rushinzwe amagereza nâumuyobozi wa gereza ya Nsinda (Rwamagana), yasobanuye ko intandaro […]
Rubavu: N’umugabo yaramwirukanye nyuma yo kwirukanwa ku kazi kuko atikingije
Umugore witwa Ingabire Jeanne Gentille utuye mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, aravuga ko umugabo we basezeranye byemewe nâamategeko yagerageje kumwirukana kuko atikingije Covid-19, icyemezo avuga ko gishingiye ku myemerere ye bwite cyanatumye yirukanwa ku kazi kâubwarimu mu rwunge rwâamashuri rwa Rambo. Avuga ko mu Murenge wa Nyamyumba ari we mwarimu wenyine wafashe […]
Meddy yagaragaje agahinda yatewe nâurupfu rwa Akeza wasubiyemo indirimbo ye

Umuhanzi Ngabo MĂ©dard (Meddy) yagaragaje agahinda yatewe nâurupfu rwâumwana wâimyaka 5 yâamavuko witwa Akeza Rutiyomba Elsie uherutse gusangwa mu kigega cyâamazi yapfuye. Urupfu rwa Akeza rwamenyekanye tariki ya 14 Mutarama 2022 ubwo yasangwaga muri iki kigega mu rugo rwa se Florian Rutiyomba, ruherereye mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Gasabo. Urwego […]
Kigali: Umugabo yafatiriye akenda kâimbere kâumugore we, nyuma yo kumufatira mu cyuho amuca inyuma

Umugabo witwa Nzabandora utuye mu Mudugudu wa Ruhinga, Akagari ka Ngara, Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo yafatiriye akenda kâimbere (ikariso) kâuwo avuga ko ari umugore we Uwiragiye Shadia nyuma yo kumufatira mu cyuho asambana nâundi mugabo. Avuga ko yafashe uyu mugore mu masaa mbiri yâijoro ryo ku wa 16 Mutarama 2022 nyuma yo […]
PSG yakeje u Rwanda ku bwâumusifuzi Mukansanga

Ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yo mu Bufaransa yakeje u Rwanda ku bwa Salma Rhadia Mukansanga urimo gusifura umukino wa Zimbabwe na Guinea Conakry mu irushanwa ryâibihugu bya Afurika ryâabagabo, CAN. Bigaragara mu butumwa iyi kipe yâubukombe mu Bufaransa yatangarije kuri Twitter, busubiza ubwâishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda, FERWAFA, bumenyesha ko Mukansanga yandikira amateka […]
Nsabimana yasobanuye impamvu yari akwiye izina rya Sankara nâipeti rya Major
Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara ubwo yari Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa FLN wagabye ibitero mu bice bikoze kuri Pariki ya Nyungwe mu 2018 nâ2019, yasobanuye impamvu yari akwiye izina rya Sankara nâirya Major. Mu kiganiro kirekire yagiranye na The Chronicles muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo kuva mu 2019, Nsabimana yagaragaje ko atishimiye ibinyamakuru […]
Ubuhamya kuri Akeza Elsie wasanzwe mu kigega cyâamazi yapfuye
Kuva mu mpera zâicyumweru gishize, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amafoto yâumukobwa wâimyaka 5 yâamavuko wasanzwe mu kigega cyâamazi mu rugo rwa Se ruri mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro bivugwa ko kijyamo litiro 200 zâamazi, yapfuye. Habayeho urujijo, bamwe bibaza niba uyu mwana witwa Akeza Elsie Rutiyomba yaguyemo, uko yaba […]
CAN: Mukansanga ni we musifuzi wo hagati mu mukino urahuza Guinea na Zimbabwe

Umunyarwandakazi Salma Rhadia Mukansanga ni we usifura umukino wa nyuma mu itsinda B urahuza Zimbabwe na Guinea Conakry mu irushanwa ryâibihugu bya Afurika, CAN 2021. Uyu mukino urabera kuri Sitade Ahmadou Ahidjo mu murwa mukuru wa Cameroon iri kwakira iri rushanwa, Yaounde guhera saa kumi nâebyiri zâumugoroba wo kuri uyu wa 18 Mutarama 2022. BBC […]
Rwanda-Uganda: Makolo avuga ko inama no kohereza intumwa bidahagije

Umuvugizi wa Guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo avuga ko inama zihuza iki gihugu na Uganda hamwe no kohereza intumwa bidahagije mu gukemura ibibazo byatumye umubano wabyo uzamba. Yabitangarije ku rubuga rwa Twitter mu gitondo cyâuyu wa 18 Mutarama 2022, avuga kuri Ambasaderi Adonia Ayebare Perezida Yoweri Museveni yohereje nkâintumwa kugira ngo ageze “ubutumwa bwihariye” kuri […]
Nkurikiye ababajwe nâigitabo kivuga ko Ikinyarwanda kimira Ikirundi mu mpunzi
Umuvugizi wa Minisiteri yâubutegetsi, umutekano nâiterambere ryâAbarundi hamwe na Polisi yâu Burundi, Pierre Nkurikiye yagaragaje ko ababajwe nâigitabo kivuga ko ururimi rwâIkinyarwanda rurimo riramira Ikirundi mu mpunzi ziba mu Rwanda. Iki gitabo cyitwa âUne Forte Influence du Kinyarwanda sur la Langue Kirundiâ gisobanura ngo âImbaraga Ikinyarwanda Gifite mu Kumira Ikirundiâ cyanditswe nâUmurundi witwa Patience David […]
Rutshuru: FDLR iravugwaho kwaka abaturage umusoro
Umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, uravugwaho kwaka umusoro abaturage bo muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Abavuganye na Radio Okapi bavuga ko abarwanyi ba FDLR imaze imyaka irenga 20 muri RDC bavuga ko batangiye kubaka umusoro mu buryo butemewe n’amategeko guhera […]
Sankara aratakamba ngo yemererwe kuvugana nâumukunzi we bateganyaga gushyingiranwa
Nsabimana Callixte cyangwa Maj. Sankara ufungiwe muri gereza ya Nyarugenge aratakamba ngo yemererwe kujya avugana nâumukunzi we yasize muri Afurika yâEpfo ubwo bateganyaga gushyingiranwa. Mu kiganiro yagiranye na The Chronicles, Nsabimana avuga ko ubwo yatabwaga muri yombi muri Mata 2019 avanwe muri Comores, yari yarasize umukunzi we muri Afurika yâEpfo, akaba yarahunze Kayumba Nyamwasa yakekaga […]
Tanzania nâu Burundi byasinye amasezerano yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi

Guverinoma ya Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania nâiyâu Burundi zasinye amasezerano yâumushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi ubihuza, ufite agaciro kâamadolari ya Amerika ($) miliyoni 900. Aya masezerano yari ahagarariwe na ba Minisitiri bâimari nâubwikorezi bâibihugu byombi, i Kigoma kuri uyu wa 16 Mutarama 2022. Uyu muhanda ufite uburebure bwâibilometero 282 uzaturuka mu […]
Sadate yamenyesheje Gen. Kainerugaba ko akumbuye Kampala
Munyakazi Sadate yamenyesheje umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba ko akumbuye Kampala nyuma yâimyaka 4 amaze atagerayo bitewe nâuko iki gihugu kitabanye neza nâu Rwanda. Bikubiye mu butumwa yatangarije ku rubuga rwa Twitter, asubiza Gen. Kainerugaba wari umaze gutangaza ko Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ari Se wabo, bityo umurwanya […]
Sankara avuga ko Nyamwasa yamubwiye ko ashyigikiwe nâabasirikare bakuru mu Rwanda
Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara ubwo yari Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, yahishuye ikibazo yigeze kubaza Lt Gen. Kayumba Nyamwasa washinze ihuriro rya RNC ubwo yamubwiraga ko ashyigikiye nâabasirikare hamwe nâabayobozi bakuru mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na Chronicles cyabereye muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo, Nsabimana yasobanuye ku buryo […]
Intumwa z’u Burundi mu Rwanda, iza Uganda mu Burundi n’imyigaragambyo y’abamotari; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 Mutarama 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana na politiki, umutekano, ubutabera n’ubuzima. Harimo: Intumwa zâu Burundi mu Rwanda, iza Uganda mu Burundi Perezida wa Repubulika yâu Rwanda tariki ya 10 Mutarama 2022 yakiriye intumwa eshatu zoherejwe na Perezida wâu Burundi, baganira ku gukomeza umubano wâibihugu byombi. Izi ntumwa zarimo Minisitiri […]
Umunsi wâubukwe bwâumunyamakuru MC Hero nâumukunzi we wamenyekanye

Umunsi w’ubukwe bw’umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ibitaramo n’ibirori, Gasore Albert uzwi nka MC Hero n’umukunzi we Tuyisingize Ruth (Garu) wamenyekanye nyuma y’aho kuri uyu wa 16 Mutarama 2022 bashyizwe mu gitabo cy’abitegura kurushinga mu itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa 7 rya Gahogo riri mu Karere ka Muhanga. Nk’uko iri torero ryabyemeje, MC Hero na Ruth bazasezeranira imbere […]
Abarwanya Afande Kagame bararwanya umuryango wanjye_Gen. Kainerugaba

Umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba nâumuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko abarwanyi Perezida Paul Kagame wâu Rwanda ari abanzi bâumuryango wabo. Bigaragarira mu butumwa uyu musirikare amaze gushyira ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 16 Mutarama 2021 âbwihanangirizaâ abarwanya Umukuru wâIgihugu. Gen. Kainerugaba yashyize amafoto abiri […]
Mali: IBK wahiritswe nâigisirikare kiri ku butegetsi yapfuye
Kassoum Tapo wabaye Minisitiri wâUbutabera wa Mali yatangaje ko Ibrahim Boubacar Keita (IBK) wahiritse nâabasirikare bari ku butegetsi bayobowe na Colonel Assimi GoĂŻta yapfuye. Nkâuko Tapo yabibwiye ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, IBK yapfiriye mu murwa mukuru wa Mali, Bamako kuri uyu wa 16 Mutarama 2022, gusa impamvu yâurupfu rwe ntiyayitangaje. Aya makuru kandi yemejwe nâumwe […]
U Rwanda rwaba rwaranze doze 250,000 zâinkingo rwari rwemerewe na Denmark
Bivugwa ko Guverinoma yâu Rwanda yaba yaranze doze 250,000 zâinkingo zâicyorezo cya Covid-19 rwari rwaremerewe nâiya Denmark mu mwaka ushize. Mu Kwakira 2021 ni bwo Minisitiri wa Denmark ushinzwe ubutwererane nâiterambere, Flemming MĂžller Mortensen, yatangaje ko Guverinoma yabo yari yaremereye u Rwanda doze 250,000 zâinkingo za Johnson & Johnson mu rwego rwo kurushyigikira mu rugamba […]
Kigali: Umuturage yafungiye umunyamakuru mu rugo rwe, amukangisha umuhoro
Umuturage wo mu Mudugudu wa Buranga, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, uvugwaho guhoza iterabwoba ku baturanyi be witwa Munyambibi ThĂ©oneste yafungiranye umunyamakuru wa BTN TV mu rugo iwe, amukangisha kumutema mu gihe yaba avuye aho ngaho. Byabaye ubwo uyu munyamakuru wifashishaga imfatashusho (camera) yakurikiranaga inkuru yâumuturage ushinja Munyambibi kurengera imbibi […]
Amafoto: Perezida Ndayishimiye nâumuryango batembereye ikiyaga cya Cyohoha gihuza u Burundi nâu Rwanda

Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye nâumuryango we batembereye ikiyaga cya Cyohoha/Cohoha gihuza igihugu cye nâu Rwanda ku Ntara ya Kirundo nâiyâIburasirazuba. Perezida Ndayishimiye kuri uyu wa 15 Mutarama 2022 yatangarije kuri Twitter ibyâuru rugendo rwari rugamije kwereka umuryango ibyiza byâu Burundi, ashishikariza nâabandi babyeyi gutembereza abana babo iki gihugu. Yagize ati: âUrugendo ndangirije […]
Sadate yasubije Gen. Kainerugaba ko UPDF itatsinda RDF
Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports yasubije Umugaba wâIngabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba nâumuhungu wa Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba ko igisirikare cyabo, UPDF kidashobora gutsinda icyâu Rwanda, RDF. Ni nyuma yâaho Gen. Kaineruga kuri uyu wa 16 Mutarama 2022 yari amaze gutangariza ko UPDF yatsinda igisirikare icyo ari cyo cyose ku mugabane […]
Umutoza Marcel avuga ko imyitwarire ya Youssef na Ayoub yari irambiranye
Umutoza mukuru wâumusigire wa Rayon Sports, Romami Marcel, yavuze ko imyitwarire yâabakinnyi babiri: Youssef Rharb na Ait Lahssaine Ayoubbari baratijwe na Raja Cassablanca yo muri Maroc yari imaze kurambirana, ikaba ari yo mpamvu ubuyobozi bwâiyi kipe bwafashe icyemezo cyo kubasezerera. Mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru kuri uyu wa 15 Mutarama 2022 Rayon imaze kunganyiriza na Musanze […]
Mali: Abaturage bigaragambije bamagana ECOWAS nâu Bufaransa
Abaturage babarirwa mu bihumbi bo muri Mali bakoreye imyigaragambyo mu murwa mukuru, Bamako no mu yindi mijyi minini, bamagana ibihano byâumuryango wâakarere ka Afurika yâiburengerazuba, ECOWAS, nâicyo bita ukwivanga kâu Bufaransa. Ni nyuma yâaho ubutegetsi bwâinzibacyuho bugizwe nâabasirikare ku Cyumweru mu cyumweru cyashize basabye aba baturage guhuza imbaraga, bakamagana ibihano byâuyu muryango. Ibihano ECOWAS yafatiye […]
IRMCT ivuga ko Niger yafunze Abanyarwanda 8 bimuriweyo
Urwego mpanabyaha rwâUmuryango wâAbibumbye rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, IRMCT, ruvuga ko Leta ya Niger yataye muri yombi Abanyarwanda 8 bimuriweyo, ifatira n’ibyangombwa byabo. Nkâuko byatangajwe nâUmucamanza wa IRMCT, Joseph E. Chiondo Masanche, ibi byamenyekanye ubwo Protais Zigiranyirazo yatangaga ikirego tariki ya 7 Mutarama 2022. Zigiranyirazo yamenyesheje IRMC ko Niger yamufunze, inamufatira ibyangombwa, asaba […]