• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa MoĂŻse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ubukungu

Hashyizweho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN zabo

Yanditswe na TUYIZERE JD
Yanditswe kuwa 24/05/2023 17:19

Nyuma y’ubusabe bwinshi bw’abacuruzi bavugaga ko hari abantu bakoresha nimero ziranga abasora (TIN) zitari izabo mu kurangura ibicuruzwa kandi ba nyirazo batabizi, bityo bikabavangira mu mibare y’ubucuruzi bwabo cyane cyane ku bijyanye n’ibicuruzwa biri mu bubiko bwabo, Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN, bityo bagaca ukubiri n’abamamyi babiyitirira mu kurangura.

RRA isobanura ko ubu buryo buzajya bukoreshwa n’umucuruzi mbere y’uko akorerwa fagitire, aho azajya asaba umubare w’ibanga (code) yifashishije telephone igendanwa yanditse kuri TIN ye, agakanda *800#, agahitamo ururimi akoresha, hanyuma agahitamo gatanu (5) ahanditse “Gusaba code”. Azajya ahita asabwa gushyiramo TIN ye ndetse na TIN y’umucuruzi yaranguriyeho, hanyuma namara kwemeza ahabwe code. Iyi code niyo azajya aha umucuruzi kugira ngo amukorere fagitire. Iyi code izajya ikoreshwa rimwe gusa kandi ku bicuruzwa biguriwe ahantu hamwe.

Nubwo code isabwa hakoreshejwe nimero ya telefone yanditse kuri TIN y’umucuruzi ariko, nyirayo afite uburenganzira bwo kongera kuri TIN ye nimero za telefone zitandukanye z’abashobora gusaba code yo kurangura mu izina rye.

Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho, akaba n’umuvugizi wa RRA, Uwitonze Jean Paulin, mu kiganiro yagiranye na BWIZA, yashimangiye ko ikibazo cy’abiyitirira abasora ari cyo cyatumye iki kigo gishyiraho ubu buryo.

Ati: "Impamvu ni uko hari abacuruzi bagaragaje ikibazo cy’ababiyitirira, bagakoresha nimero zabo ziranga abasora (TIN) mu gihe cyo kurangura ibicuruzwa, bityo bakisanga bagaragaraho ibicuruzwa byinshi mu bubiko bwa sistemu ya EBM kandi mu by’ukuri ntabyo bigeze mu bubiko nyakuri bwabo (physical stock)."

Uwitonze yabajijwe icyo iki kigo giteganya gukora mu gihe hari imbogamizi zaza zikurikira ubu buryo, asubiza ko, nk’uko bisanzwe, biteguye gufasha abasora binyuze ku mbuga nkoranyambaga n’umurongo utishyurwa wa 3004.

Yagize ati: "Nk’uko dusanzwe tuba hafi y’abasora, tubafasha mu gihe bagize ikibazo cyangwa hari icyo badasobanukiwe, imbogamizi iyo ari yo yose yagaragazwa n’umucuruzi ku ikoreshwa ry’ubu buryo bushya, twiteguye kumufasha. Uwagira ikibazo wese yatwandikira ku mbuga nkoranyambaga zacu, cyangwa agahamagara umurongo wacu utishyurwa 3004, agahitamo (1), aho yakirwa n’ikipe ishinzwe gusubiza ibibazo bijyanye na EBM gusa. Ashobora kandi kudusanga ku ishami ryacu rimwegereye"

Ubu buryo bubuza abacuruzi gukoresha TIN zitari izabo bwatangiye gukoreshwa kuwa 22 Gicurasi 2023.

Izindi Nkuru Bijyanye


Amahanga akomeje gutera umugongo idolari
Amahanga akomeje gutera umugongo idolari
Umunyemari Dennis Karera ahangayikishijwe n’abize kaminuza batazi kwandika amabaruwa asaba akazi
Wari uzi uko Ubuki bukingira ubuzima ?
Wari uzi uko Ubuki bukingira ubuzima ?

Izindi wasoma

U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu byungukiye cyane banki zo muri Kenya

Hari gahunda y’uko abacuruzi b’Abanyarwanda bazajya bemererwa kwishyura FRW muri Uganda

RDC yashyizwe mu bihugu 10 bikize muri Afurika

U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025

Abadepite ntibashyigikiye igabanywa rya miliyari 14 ku ngengo y’imari y’ubuhinzi

TUYIZERE JD
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.