Lionel Messi yegukanye igihembo cya FIFA mu bihembo byihariwe na bene wabo

Umunya-Argentine Lionel Messi yongeye kugaragaza ko izina rye rizahora ku gasongero k’ubuhangangange muri ruhago, ubwo yahigikaga mugenzi we bakinana muri PSG Kylian Mbappé maze akegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka wa 2022 ndetse kikaba n’igihembo cya 77 yegukanye nk’umukinnyi ku giti cye. Hari mu birori by’akataraboneka byo guhemba abakinnyi b’indashyikirwa ba ruhago i byaberaga Paris mu […]
U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n’imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR
Leta y’u Rwanda yamenyesheje umuryango mpuzamahanga ko yamaze gukaza ingamba zo kurinda imipaka ndetse n’ikirere cyarwo, ku mpamvu z’uko impungenge zo kuba rwahungabanyirizwa umutekano n’Igisirikare cya Congo ndetse n’umutwe wa FDLR zikomeje kwiyongera. Bikubiye mu itangazo Guverinoma y’u Rwanda yasohoye ikomoza ku makimbirane yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu u Rwanda na […]
M23 yaba yahanuye indege y’intambara ya FARDC
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Gashyantare 2023, wahanuye indege y’intambara y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Amashusho arimo akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga yerekana iyi ndege irimo iguruka, mbere yo guhita iraswa. Umuvugizi w’Igisirikare cya M23, Major Willy Ngoma, yemereye BWIZA ko aya mashusho yizewe ndetse anayihamiriza koko ko […]
P. Kagame yahaye gasopo ba Jenerali ba RDF na ba Minisitiri bishoye mu bintu bya ‘Chia Seeds’
Perezida Paul Kagame yahaye gasopo abarimo ba Jenerali mu gisirikare cy’u Rwanda ndetse n’abaminisitiri muri Guverinoma bahururiye ibintu bya ‘Chia Seeds’ bakabishoramo amafaranga, avuga ko bakwiye kubifungirwa aho kubifashirizwa na Leta. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Gashyantare, ubwo yatangizaga inama y’umushyikirano wa 2023. Iyi nama yatangiye mu gihe hirya no […]
Abaturage b’u Rwanda barenze miliyoni 13, abagore ni bo benshi
Ibarura Rusange rya gatanu ku baturage n’imiturire, rigaragaza ko u Rwanda kuri ubu rutuwe n’abaturage barenga miliyoni 13, biyongereyeho miliyoni zikabakaba eshatu mu myaka 10 ishize. Ni ibyavuye muri ririya barura ryakozwe muri Kanama umwaka ushize biza kumurikwa kuri uyu wa Mbere yariki ya 27 Gashyantare, ubwo haza kuba haba inama y’umushyikirano wa 2023. Imibare […]
M23 yigaruriye agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro itarwanye
Umutwe wa M23 ukomeje imirwano n’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), waraye wigaruriye agace ka Rubaya kari mu dukungahaye ku mabuye y’agaciro muri Congo Kinshasa. Rubaya ni agace gaherereye mu burengerazuba bw’Umujyi wa Sake, kakaba kandi mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’Umujyi wa Masisi. Kazwiho gukungahara cyane ku mabuye y’agaciro, by’umwihariko ayo mu bwoko […]
APR FC yumviye Lt Gen Mubarakh Muganga, inyagirira Musanze FC iwayo

APR FC yanyagiye Musanze FC ihamya umwanya wa mbere mu gihe Musanze FC yo imikino ibaye 10 itazi uko intsinzi isa. Musanze FC yari imaze imikino 9 nta ntsinzi yari yakiriye APR FC imeze neza kuri Sitade Ubworoherane mu Karere ka Musanze mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda. APR FC yaje gukina […]
Abasirikare barinda Tshisekedi ‘bagerageje gushimuta’ Musenyeri Fulgence Muteba
Diyosezi Gatolika ya Lubumbashi, yashinje abasirikare barinda Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa kugerageza gushimuta Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu usanzwe ari Umushumba wayo. Ni mu itangazo rigenewe abanyamakuru iriya Diyosezi yasohoye kuri uyu wa Gatandatu. Iryo tangazo rivuga ko bijya gutangira imodoka yarimo abasirikare bari bafite intwaro nyinshi yinjiye aho Musenyeri Muteba atuye “bavuga […]
Rayon Sports yakuye intsinzi y’ingume kuri Rutsiro FC, irarana umwanya wa mbere

Rayon Sports FC kuri uyu wa Gatandatu yatsinze Rutsiro FC ibitego 2-0, mu mukino w’ishiraniro watumye abasifuzi basohoka mu kibuga baherekejwe na Polisi. Rutsiro FC yari yakiriye Rayon Sports kuri Stade Umuganda mu Karere ka Rubavu, mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda. Ni umukino yagiye gukina izi neza ko kuwutsinda bihita biyihesha […]
U Rwanda rwungutse abapolisi bashya barenga 1,600 (Amafoto)

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Gashyantare, yungutse abapolisi bashya barenga 1,600 nyuma yo gusoza imyitozo y’ibanze ibemerera kwinjira muri Polisi. Umuhango wo gusoza amasomo y’aba bapolisi wabereye mu Ishuri rya Polisi ry’i Gishari, ukaba wayobowe na Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred. Umuhango wo gusoza icyiciro cya 18 cy’amahugurwa y’Abapolisi bato waranzwe […]
Nta ntumwa y’u Rwanda yagaragaye i Kinshasa mu nama y’Abakuru b’ibihugu bya CEEAC
Leta y’u Rwanda yanze kugira intumwa yohereza i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ahabereye inama ya 22 y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC). U Rwanda ni kimwe mu bihugu 11 bigize uyu muryango. Mu bakuru b’ibihugu bitabiriye iriya nama ya CEEAC harimo Denis Sassou […]
Umutaliyani yegukanye étape ya 7 ya Tour du Rwanda Umunyarwanda yigaragarijemo
Umutaluyani Manuele Tarozzi ni we wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda 2023 Nsengimana Jean Bosco yigaragarijemo. Uyu munsi, tariki ya 25 Gashyantare, hakinwaga agace ka karindwi ka Tour du Rwanda katangiriye i Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Uburasirazuba kerekeza mu Mujyi wa Kigali, kakaba n’aka nyuma aho kareshyaga n’ibilometero 115,8. Ibi […]
Mason Greenwood n’umukunzi we wari waramufungishije bagiye kwibaruka imfura

Rutahizamu Mason Greenwood wahagaritswe na Manchester United yahoze akinira, aritegura kwibarukana imfura n’umukobwa wari waratumye afungirwa ibyaha birimo gufata ku ngufu. Greenwood w’imyaka 21 y’amavuko, kuri ubu aritegura kwibaruka umwana we wa mbere hamwe n’uwari yaramufungishije Harriet Robson nyuma y’uko bigaragaye ko atwite. Byongeye kandi ngo umuryango wa Mason Greenwood witeze ko aba bombi barushinga […]
RDC yongereye umubare w’abacancuro yitabaje ngo bayifashe guhangamura M23
Ku itariki ya 07 Gashyantare Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakiriye abasirikare b’abazungu bashya 150, bageze i Goma baturutse i Bucarest muri Roumanie. Umutwe wa M23 wemeza ko aba bazungu ari abacancuro, ibyanashimangiwe na Lt Colonel Nkusi Frank uheruka gutoroka Igisirikare cya Congo (FARDC) akiyunga kuri uriya mutwe. Uyu muntangiriro z’uku kwezi yatangaje ko mu […]
RDC yasabye CEEAC kuyitabara ku bwo ‘guterwa n’u Rwanda’ bayihuriyemo
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde, yahamagariye ibihugu bihuriye na Congo mu muryango w’ubukungu wa Afurika yo hagati (CEEAC) kugira icyo byakora ku Rwanda ashinja gushoza intambara ku gihugu cye. Lukonde yabigarutseho ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo yafunguraga ku mugaragaro imirimo y’inama y’Abaminisiti b’ibibihugu bigize CEEAC yaberaga i Kinshasa. Ni […]
P. Kagame yifurije imirimo myiza CDG Namuhoranye na CP Sano barahiriye kuyobora Polisi y’u Rwanda
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gashyantare yakiriye indahiro z’abayobozi bashya ba Polisi y’u Rwanda, abifuriza kuzagira imirimo myiza. Abarahiriye kuyobora Polisi y’Igihugu ni DCG Félix Namuhoranye uheruka gusimbura CG Dan Munyuza ku nshingano z’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, cyo kimwe na CP Vincent Sano uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru wungirije […]
Kera kabaye FARDC yemeye ko M23 yayirukanye mu gace ka Mushaki
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyemeje ko umutwe wa M23 kuri ubu ari wo ugenzura agace ka Mushaki nyuma y’imirwano imaze iminsi igasakiranyirizamo impande zombi. Mushaki ni agace nyaburanga gakunda gukorerwamo ubukerarugendo, ikaba iherereye hagati ya za Groupement Mufuni-Matanda na Mufuni Karuba, muri Chefferie ya Buhunde ho muri Teritwari ya Masisi. Aka […]
Abakinnyi bane ba Man United bo kwitondera ku mukino wa nyuma wa Carabao mu mboni za Kieran Trippier

Kapiteni wa Newcastle United Kieran Trippier yahishuye abakinnyi 4 ba Manchester United bagomba kwitondera kugira ngo batware igikombe cya Carabao. Ibi bije mu gihe habura umunsi n’amasaha make gusa ngo New Castle United yesurane na Manchester United ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Carabao Cup. Mu bakinnyi bane bo kwitega Trippier yavuze, barimo Marcus Rashford […]
Tour du Rwanda: Mugisha Moïse yavuye mu isiganwa imburagihe
Umunyarwanda Mugisha Moïse uri mu bo Abanyarwanda bari bahanze amaso muri Tour du Rwanda ikomeje, yamaze kuva muri iri siganwa ritararangira. Uyu musore wa Team Rwanda yavuye muri Tour du Rwanda kuri uyu wa Gatanu, ubwo hakinwaga agace ka gatandatu kayo kavuye i Rubavu kerekeza i Gicumbi. Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda kugeza ubu ntiburatangaza […]
Perezida Evariste Ndayishimiye yerekeje i Kinshasa
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yerekeje i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho yitabiriye inama y’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika yo hagati (CEEAC). Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Perezida Evariste Ndayishimiye yahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye i Bujumbura yerekeza i Kinshasa. Yari aherekejwe n’umufasha we, Angeline […]
Manchester United yaturutse inyuma itsinda Barcelona ihita inakatisha itike ya ¼

Manchester United yakatishije itike y’imikino ya ¼ cy’irangiza muri Europa League ku giteranyo cy’ibitego 4-3 nyuma yo guturuka inyuma igatsinda Barcelona ibitego 2-1. Manchester United yari yakiriye FC Barcelona kuri Old Trafford mu mukino wo kwishyura wa ? mu mikino ya UEFA Europa League wasifuwe na Clement Turpin. Umukino watangiye Manchester United isatira cyane, ndetse […]
Uko abarimo Real Madrid, FC Barcelona na Bayern Munich bigeze kugererwa mu kebo bagereramo andi makipe

Nta gihe gishize Real Madrid yandagaje Liverpool iyisanze iwayo ikayihatsindira ibitego 5; ibyatumye abantu basubiza amaso inyuma bakareba intsinzwi zikomeye amakipe akomeye i Burayi yaba yaragize cyane cyane mu mikino ya UEFA Champions. Muri ruhago ikipe ishobora gutsindwa ibitego byinshi atari uko isanzwe ari ikipe mbi, ahubwo ari umukino wayibereye mubi hakibazwa niba ari iyo […]
Nigeria: Umukandida ku mwanya wa sena yarashwe, umubiri we uratwikwa
Oyibo Chukwu wari Umukandida uhatanira umwanya muri Sena ya Nigeria, yiciwe hamwe n’abo bari kumwe bavuye kwiyamamaza imirambo iranatwikwa. Ku wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2023, nibwo Oyibo Chukwu hamwe n’abo bari kumwe barashwe bahita bahasiga ubuzima, imirambo yabo itwikwa n’abari bagabye igitero ubwo bari bavuye muri Leta ya Enugu mu majyepfo ya Nigeria. […]
Tour du Rwanda: Chris Froome yahuye n’umwaku, umunya-Afurika y’Epfo atwara étape ya 5
Umunya-Afurika y’Epfo Callum Ormiston ukinira ikipe y’Igihugu cye ni we wegukanye agace ka gatanu ka Tour du Rwanda 2023, nyuma y’uko Umwongereza Christopher Froome wahabwaga amahirwe yo kukegukana nyuma yo kukayobora igihe kirekire agize ikibazo cy’igare. Agace ka gatanu ka Tour du Rwanda kuri uyu wa Kane kavaga mu karere ka Rusizi kerekeza i Rubavu, […]
Emery Bayisenge yamaze gusinyira Gor Mahia yo muri Kenya

Myugariro mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Emery Bayisenge, yamaze gusinyira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya amasezera y’umwaka n’igice. Emery Bayisenge wari asanzwe akinira ikipe ya yamaze gusinyira ikipe ikomeye ifite igikombe cya Shampiyona muri Kenya Gor Mahia. Yasinyanye n’iyi kipe amasezerano y’amezi 18 ariko arimo indi ngingo yo kongera undi mwaka mu gihe yakwitwara neza. Bayisenge […]
Cristiano Ronaldo mu myambaro gakondo n’inkota mu kiganza yifatanyije na Arabie Saoudite mu munsi mukuru

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagaragaye mu myambaro gakondo yo mu Burasirazuba bwo Hagati yifatanya n’igihugu cya Arabie Saoudite mu birori ngarukamwaka byo kwizihiza ishingwa ry’iki gihugu. Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Al Nassr, Cristiano Ronaldo yafotowe yambaye igishura gakondo, afite inkota ishashagirana mu kiganza cy’iburyo ndetse yiteye ibendera ry’igihugu cya Arabie Saoudite mu bitugu mu […]
Icyo Musoni wahoze ari Visi-Perezida wa FDLR asaba bagenzi be bagitegereje gutera u Rwanda
Musoni Straton wahoze ari Visi-Perezida w’umutwe wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mashyamba ya Congo bafite umugambi wo gutera u Rwanda gutahuka, kuko “nta cyiza nko kuva mu bibi ujya mu byiza.” Mu Ukwakira umwaka ushize ni bwo Musoni yageze mu Rwanda ahoherejwe n’igihugu cy’u Budage, nyuma yo kurangiza igifungo cy’imyaka umunani yari yarakatiwe […]
Perezida Zelensky wa Ukraine yanejejwe no kuvugana bwa mbere na Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Gatatu yahamagaye kuri terefoni mugenzi we Volodymyr Zelensky wa Ukraine baganira ku bibazo biri mu nyungu z’ibihugu byabo. Amakuru avuga ko ari bwo bwa mbere abakuru b’ibihugu byombi bari baganiriye ku kuba Ukraine na Uganda byagirana umubano. Perezida Zelensky mu butumwa yaraye yanditse ku rubuga rwe rwa […]
Manchester City yananiwe gukura itsinzi mu Budage, Lukaku agaruka atsindira Inter Milan

Manchester City yananiwe gukura intsinzi mu Budage mu mukino Pep Guardiola atasimbujemo umukinnyi n’umwe, Romelu Lukaku agaruka abonera Inter Milan igitego. RB Leipzig yo mu Budage yari yakiriye Manchester City ku kibuga Red Bull Arena Leipzig mu mukino ubanza wa ? cy’irangiza wasifuwe na Serdar Gozubuyuk. Ni umukino Kevin De Bruyne atakinnye kubera icyibazo cy’uburwayi. […]
Uwahoze ari Meya w’Umujyi wa Kigali yahawe imirimo na Perezida wa Bénin
Perezida Patrice Talon wa Bénin, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gashyantare yahaye imirimo mishya Nyamurinda Pascal wahoze ari Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali. Nyamurinda yagizwe Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Irangamuntu muri Bénin (ANIP). Ni inshingano Perezida Patrice Talon yamuhaye ubwo yari ayoboye inama y’Abaminisitiri. Ikigo ANIP gifite mu nshingano kumenya no kubarura abantu bavukiye […]
Tour du Rwanda: Thomas Bonnet ni we wegukanye agace ka kane

Umufaransa witwa Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energie bihita binamuhesha kwambara umwambaro w’umuhondo nyuma yo gukandagira igare bikomeye muri metero 300 za nyuma. Agace ko kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 22 Gashyantare, kari aka Kane kahagurukiye i Musanze kerekeza i Karongi ku ntera y’ibilometero 138,3. Aka gace kagiye gutangira Umunya-Eritrea Henok Henok Muluebrhan […]
Real Madrid yanyagiriye Liverpool mu rugo, SSC Napoli yikomereza ibyayo

Real Madrid yagaragaje ko ari ubukombe mu irushanwa rya UEFA Champions League yihanangiriza Liverpool ku kibuga cyayo, naho Napoli ikomeza gushimangira ko uyu mwaka ari uwayo. Wari umukino wa ? cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League aho Liverpool yabaye iya 2 mu itsinda A yari yakiriye Real Madrid yazamutse iyoboye itsinda F ku kibuga […]
Umunya-Eritrea Mulubrhan yegukanye agace ka gatatu Tour du Rwanda

Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan ni we wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda 2023. Yari étape ya gatatu ya Tour du Rwanda 2023 aho bahagurukiye i Huye berekeza mu karere ka Musanze, nyuma y’uko Ethan Vernon yegukanye étapes 2 ziherutse za Kigali – Rwamagana na Kigali – Gisagara ; ibyatumye ari we wahagukanye umwenda […]
Umutingito wongeye gukomeretsa benshi muri Siriya na Turukiya

Nyuma y’umutingito wahitanye ibihumbi muri Siriya na Turukiya mu minsi ishize, kuri uyu wa 20 Gashyantare 2023 wongeye guhitana abantu batatu muri Turukiya, abandi amagana barakomereka mu bihugu byombi. Abashinzwe ubutabazi muri Turukiya bongeye gushakisha abantu bagwiriwe n’inyubako nyuma y’umutingito mushya wibasiye iki gihugu, ugahitana byibuze abantu batatu. Uyu mutingito wari ufite ubukana bwa 6.4 […]
AU ihangayikishijwe n’imyenda ibihugu bya Afurika bifitiye amahanga
Umuryango wa Afurika yunze ubumwe uhangayikishijwe n’imyenda ibihugu byo kuri uyu mugabane bibereyemo ibyo hanze yawo kuko kwishyura bikomeje kuba ingorabahizi Ku wa 17 Gashyantare 2023, inama yahurije abakuru b’ibihugu byo muri Afurika i Addis Ababa muri Ethiopia, ubuyobozi bwa AU bwerekanye uburyo amadeni akomeje kwiyongera. AU ibinyujije muri abanki yayo itsura amajyambere, yagaragaje impungenge […]
APR FC yisubije intebe y’icyubahiro, Police FC inyagira Musanze FC

APR FC yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nyuma yo kunyagira Etincelles ibitego 4-2 ndetse Police FC na yo itsinda Musanze FC 4-0. Wari umukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda aho APR FC yari yakiriye Etincelles FC, usifurwa na Nkinzingabo Jean Marie Vianney. Uyu mukino APR yawukinnye itari ku mwanya wa mbere nyuma y’uko […]
Rwanda: 300 millions de dollars US pour stimuler une agriculture commerciale

Pour financer des projets qui permettront aux agriculteurs rwandais de passer de l’agriculture de subsistence à l’agriculture commerciale, le gouvernement rwandais a contracté un crédit de 300 millions de dollars américans (US$) auprès de la Banque Mondiale. Le programme appelé “CDAT” (Commercialization and De-Risking for Agricultural Transformation) pilotera ce projet qui durera cinq ans. Il […]
Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe wamaganye urugomo rwa FDLR muri RDC
Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (UA), wamaganye imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwa FDLR ugizwe ahanini n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma y’ibikorwa byayo bihonyora uburenganzira bwa muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni ibikubiye mu myanzuro y’inama y’akanama gashinzwe amahoro n’umutekano ka UA yabaye ku wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023. Ni […]
Man City yasubije Arsenal umwanya wa mbere nyuma yo kunigwa na Nottingham Forest
Ikipe ya Arsenal yambuye by’agateganyo ikipe ya Manchester City umwanya wa mbere muri shampiyona y’Abongereza, nyuma yo kunyagira Aston Villa ibitego 4-2. Wari umukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona iyi kipe y’i Londres yari yasuyemo Aston Villa i Villa Park. Arsenal nk’ikipe yashakaga igikombe cya Shampiyona yari yabanjemo Jorginho mu mwanya wa Thomas Partey umaze […]
Rayon Sports yafashe umwanya wa mbere itsinze Gasogi United mu mukino w’agapingane
Ikipe ya Rayon Sports yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona, nyuma yo gutsinda bigoranye Gasogi United ibitego 2-1. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino w’agapingane w’umunsi wa 20 wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera. Ni umukino wabimburiwe n’intambara y’amagambo yari yabanje guhuza impande zombi. Ibitego by’umunya-Caméroun Willy Essomba Onana ni byo […]
Gen James Kabarebe yavuze irengero ry’intama y’umweru yakunze kugaragara iri kumwe n’Ingabo za RPA
Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen. James Kabarebe, yasobanuriye abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye iherezo ry’intama yera yakunze kugaragara iri kumwe n’Inkotanyi ku rugamba rwo kubohora igihugu. Byari muri gahunda yiswe ‘Meet The Elders’, aho abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda bahura n’abayobozi bakuru mu nzego zitandukanye bakaganira […]
Addis-Abeba: Tshisekedi yongeye kwamagana Afurika yunze Ubumwe ayihora u Rwanda
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwamagana umuryango wa Afurika yunze Ubumwe awuhora icyo yise kwanga kwamagana u Rwanda nyuma yo gushoza intambara ku gihugu cye. Tshisekedi yabikoreye i Addis-Abeba muri Ethiopie, ahari kubera inama ya 36 isanzwe y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Ni inama yanitabiriwe n’abarimo Perezida wa […]
Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy’uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare
Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cy’uko abanyeshuri bakirangiza amasomo ya Kaminuza bajya bahabwa amasomo ya gisirikare mbere yo kujya mu zindi nshingano. Ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023, Gen. James Kabarebe […]
Byemejwe ko Christian Atsu wari waraburiwe irengero yapfuye
Amakuru aturuka mu gihugu cya Turkiya yemeza ko umunya-Ghana Christian Atsu wakiniye amakipe arimo Chelsea yo mu Bwongereza ndetse n’ikipe y’igihugu cye yamaze kwitaba Imana. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukinnyi wari ufite imyaka 30 y’amavuko yemejwe na Murat Uzun Mehmet wari usanzwe ari umu-agent we. Ni nyuma y’uko umurambo w’uriya mukinnyi ndetse n’ibyangombwa birimo Passport ye […]
Ba Perezida ba EAC banzuye iki nyuma yo kuganira ku bibazo bya RDC i Addis-Abeba?
Ku wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023, i Addis-Abeba muri Ethiopie habereye inama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yigaga ku bibazo birimo icy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni inama yari iyobowe na Perezida João Lourenço wa Angola cyo kimwe na mugenzi we w’u Burundi, Evariste […]
Abanzi 2 b’ingenzi u Rwanda rufite mu mboni za Gen. James Kabarebe

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bijyanye n’umutekano, General James Kabarebe yagaragaje abanzi babiri bakomeye kurusha abandi bose u Rwanda rufite bakaba ari na bo batuma rugikomeje kugorwa no kugera ku iterambere rirambye. Ibi yabigaragaje ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye muri gahunda yiswe ‘Meet The Elders’ ku nsanganyamatsiko igira […]
Maj. Willy Ngoma yavuze Impamvu Amnesty International yashinje M23 ubwicanyi no gufata ku ngufu
Umuryango mpuzamahanga ushinzwe guharanira Uburenganzira bwa Muntu, Amnesty International, washinje umutwe wa M23 ibyaha birimo ubwicanyi no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa; ibyo uyu mutwe wanyomoje. Amnesty International muri raporo iheruka gusohora, yavuze ko mu Ugushyingo umwaka ushize M23 yafashe ku ngufu abagore 66 mu duce twa Kishishe na Bambo mu Burasirazuba bwa RDC. Uyu […]
Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye mu nama yiga ku bibazo bya RDC i Addis-Abeba
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare, yitabiriye inama yiga ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri kubera i Addis-Abeba muri Ethiopie. I Addis-Abeba abakuru b’ibihugu bya EAC bahitabiriye inama isanzwe ya 36 y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) izaba kuva kuri uyu […]
Abakinnyi b’abashotoranyi babayeho mu mateka y’Isi

Nubwo umupira w’amaguru ari umwe mu mikino utanga akanyamuneza ugashimisha abawureba, hari aho ugera ukaba nk’umukino njyarugamba. Muri rusange, ruhago igira uburyo bwihariye ikinwamo ari na byo bituma ari wo mukino ukunzwe cyane ku Isi. Gusa hari bamwe mu bakinnyi bakina mu buryo bukakaye bigatuma benshi babita abashotoranyi, abandi ngo ni ‘Bad Boys’. Bagiye barangwa […]
RDC: Abo bivugwa ko ari Abanyarwanda bafunzwe bazira kwiyandikisha mu bazatora
Abo bivugwa ko ari Abanyarwanda babiri, bafungiwe i Lubumbashi bazira kwiyandikisha mu bazitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bivugwa ko ari Abanyarwanda barimo uwitwa Joshua Risham w’imyaka 23 y’amavuko na murumuna we w’imyaka 20 witwa Kelly Sharif. 7Sur7.CD ivuga ko ku wa Kane tariki ya 16 Gashyantare ari bwo beretswe […]
Zabyaye amahari hagati ya M23 na RED-Tabara y’i Burundi
Umutwe wa RED-Tabara wo mu gihugu cy’u Burundi, wikomye uwa M23 nyuma y’uko uyu wa kabiri uwushyize ku rutonde rw’imitwe yitwaje intwaro ihohotera Abatutsi b’abanye-Congo M23 yahagurukiye kurwanya. M23 ngo iheruka ku byigamba mu kiganiro umuvugizi wayo wungirije, Canisius Munyarugerero aheruka kugirana na Radiyo Ijwi rya Amerika. Umuvugizi w’Igisirikare cya RED-Tabara, Nahimana Patrick, mu itangazo […]
RDC: ANR yitambitse TP Mazembe, iyikerereza kujya muri Tanzania
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe yamaganye urwego rushinzwe iperereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR), nyuma yo kuyitambika rugatuma idakora urugendo yagombaga kugirira i Dar es Salaam muri Tanzania. TP Mazembe yagombaga kwerekeza muri Tanzania kuri uyu wa Kane, aho igomba guhurira na Yanga Africans yo muri kiriya gihugu mu mukino wa kabiri wo […]
Abakinnyi 2 ngenderwaho ba APR FC mu bafite umuziro ku munsi wa 20 wa shampiyona
Guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Gashyantare shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda irakomeza, hakinwa imikino y’umunsi wa 20. Ni imikino ibimburirwa n’uwo AS Kigali iri mu makipe ahataniye igikombe cya shampiyona yakiramo Sunrise FC kuri Stade y’i Nyamata mu karere ka Bugesera. Kuri uyu munsi wa 20 kandi hateganyijwe imikino itegerejwe na […]
Amerika iri guhigisha umutwe w’Umunyafurika uyoboye Al-Qaeda umurundo w’amafaranga
Seif al-Adel wahoze ari Ofisiye mu mutwe udasanzwe w’Ingabo za Misiri mbere yo guhinduka umuyobozi mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda, yashyiriweho akayabo ka $ miliyoni 10 (arenga Frw miliyari 10) ku waba azi amakuru aherereye. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Seif-al-Adel ari we muyobozi mushya wa Al-Qaeda, nyuma yo gusimbura […]
Amafoto: Team Rwanda yakiriwe gitwari ubwo yari itahukanye imidari 9 i Kigali

Team Rwanda yatahukanye i Kigali imidari icyenda yasaruye muri shampiyona nyafurika y’amagare yabereye i Accra muri Ghana. Iyi kipe yakiriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe ku mugoroba wo kuwa 15 Gashyantare 2023. Bahageze bambaye iyi midali begukanye. Kuva tariki ya 7 Gashyantare, Team Rwanda igizwe n’abakinnyi 12 barimo abagabo n’abagore yabarizwaga i […]
FARDC yahagaritse Gen Chico Tshitambwe imushinja gutuma yikora mu nda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyahagaritse Général-Major Jérôme Chico Tshitambwe wari usanzwe ari Umugaba Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa mu ngabo za Congo. Uyu musirikare by’umwihariko ni we wari uyoboye intambara Ingabo za Congo Kinshasa zimaze igihe zihanganyemo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ubuyobozi […]
Manchester City yahaye Arsenal isomo rya ruhago

Pep Guardiola na Manchester City ye bagiye gutangana isomo rya ruhago ku banyeshuri b’ i Londres maze batahukana umwanya wa mbere. Wari umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 12 wa English Premier League utarabereye igihe kubera itanga ry’umwamikazi Elizabeth II, usifurwa na Anthony Taylor kuri Emirates Stadium hagati y’amakipe ahanganiye igikombe cya shampiyona. Uyu mukino kandi ntiwagaragayemo […]
Amafoto: Muhozi Fred yahishuye inkumi yamutwaye umutima

Umukinnyi w’ikipe ya Kiyovu Sports n’iy’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Muhozi Fred yatunguranye agaragaza inkumi yamutwaye uruhu n’uruhande mu mafoto yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram. Mu gihe umunsi mpuzamahanga w’abakundana ‘Saint Valentine’ wabaye ejo tariki ya 14 Gashyantare, ibisigisigi byawo biracyakomeje. Kuri uyu wa 15 Gashyantare abinyujije kuri Instagram, Muhozi Fred w’imyaka 24 ukina asatira […]
Abapolisi kabuhariwe b’u Rwanda bagiye kwitabira irushanwa ridasanzwe i Dubai
Abapolisi b’u Rwanda bo mu mutwe udasanzwe ushinzwe gutabara aho rukomeye (Special Intervention Force), bategerejwe i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu aho bagomba kwitabira irushanwa bazahuriramo na bagenzi babo bo hirya no hino ku Isi. Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda ruzaba rwitabiriye ririya rushanwa rizwi nka UAE Special Weapons and Tactics (SWAT). […]
Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana

Ibihugu mu Isi muri uyu mwaka w’2023, bifite abaturage benshi batagira imyizerere n’imwe ishingiye ku Mana runaka ibarizwa ahantu runaka Kuva kera ibihugu n’imuco y’abantu mu Isi, byagiye bihuzwa n’Imana bavuga ko iba ahantu runaka bise mu ijuru, abandi na bo bakagira Imana bishushanyirije bakazisenga ngo zigire ibyo zibafasha. Uko imyaka igenda ishira, umubare w’abantu […]