Yaretse konka umugore we nyuma yo guhabwa inkwenene

Rachel Bailey, umugore wâimyaka 32 wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wigeze kwamamara ku mbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko yonse umugabo we Alexander, yongeye kuvuga uko abyumva nyuma yo kubihagarika. Mu 2016, ubwo bari mu biruhuko, Rachel yibagiwe ipompo yo gukama amashereka ye maze umugabo we amusaba kumwonsa kugira ngo amufashe gukemura ububabare yari […]
Nyirakuru wa Chriss Eazy nawe yapfuye

Umuhanzi Rukundo Christian, wamamaye nka Chriss Eazy ari mu gahinda nyuma yâuko nyirakuru yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24 Kamena 2025. Amakuru yemejwe nâumwe mu bo mu muryango we, avuga ko nyirakuru wa Chriss Eazy yazize uburwayi bwa diyabete yari amaranye igihe, kandi yari amaze igihe yitabwaho nâabaganga bamukurikirana hafi. […]
Dao yavuze ku byo gusinya muri APR FC na Singida icyarimwe

Umukinnyi wâUmunya-Burkina Faso Raouf Merel Dao yashimangiye ko azakinira APR FC mu mwaka wâimikino utaha, nyuma yâamakuru yavugaga ko yaba yarasinye muri Singida Big Stars yo muri Tanzaniya. Dao wâimyaka 21 nâumujyanama we Damien Adam Traore bagaragaye ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Kigali ku mugoroba wo ku wa Mbere, tariki 23 Kamena, basubira muri Burkina […]
Trump yahaye Israel gasopo

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye bikomeye Israel kuri uyu wa Kabiri, abategeka guhagarika ibitero kuri Iran no gusubiza indege zâintambara iwabo bidatinze. Ibi yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, aho yagize ati: “Israel, ntimutere ibyo bisasu. Nimuhite musubiza abapilote banyu inyuma.” Trump yavuze ko Israel iramutse ikomeje ibitero […]
Iran yashinjwe kurasa Israel nyuma yâamasezerano yâagahenge

Minisiteri yâingabo ya Israel yatangaje ko Iran yishe amasezerano yâagahenge nyuma yâamasaha abiri gusa bemeranyije kuyubahiriza, amasezerano yari yabayeho ku bufatanye bwa Donald Trump na Qatar. Minisitiri wâingabo wa Israel, Israel Katz yavuze ko bagiye gusubizanya “imbaraga” bagakora ibitero bikomeye kuri Iran mu mujyi wa Tehran. Ni nyuma yâuko Israel ivuze ko yamenye ko Iran […]
Umuhanzi Jessie J yabazwe ibere

Umuhanzikazi wâUmwongerezakazi Jessie J yatangaje ko yabazwe ibere nyuma yo gusanganwa kanseri. Uyu muhanzi wâimyaka 37 yavuze ko ubu ari kuryama mu rugo, arimo gutegereza ibisubizo byâiyo opeÌrasiyo. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Jessie J yashimiye abaganga nâabaforomo bamwitayeho, ndetse asangiza abamukurikira amafoto nâamashusho yerekana uko iminsi ibiri ishize yagenze, harimo nâamashusho aririmba ari mu bitaro […]
Ese kurya pomme buri munsi bifite akamaro?

Hari umugani uzwi cyane uvuga ngo “Kurya pomme buri munsi bigufasha kutajya kwa muganga.” Ariko se, koko ni ukuri? Ese pomme iruta izindi mbuto mu gukomeza ubuzima bwiza? Pomme ni urubuto rukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye. Irimo ibyitwa polyphenols na flavanols bifasha umutima gukorana neza, bikagabanya cholesterol mbi, ndetse bigafasha no kugenzura isukari yo mu maraso. […]
RwandAir yahagaritse kujya muri Qatar na Dubai

Sosiyete Nyarwanda yâUbwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir yatangaje ko yahagaritse byâagateganyo ingendo zayo zari zerekeza cyangwa ziva muri Qatar ndetse no muri Dubai, kuva tariki ya 23 kugeza kuya 24 Kamena 2025. Iri tangazo ryasohowe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, risobanura ko iki cyemezo cyatewe nâumutekano muke uri mu karere, cyane cyane nyuma […]
Qatar yafunze ikirere kubera ibitero bya Amerika

Igihugu cya Qatar cyafunze byâagateganyo ikirere cyacyo nyuma y’ibitero Amerika yagabye kuri sitasiyo za kirimbuzi za Iran, bikomeje guteza umwuka mubi mu karere. Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Qatar yatangaje ko iki cyemezo gifashwe mu rwego rwo kurinda umutekano wâabaturage, abatuye igihugu ndetse nâabashyitsi bari muri Qatar. Yavuze ko ari igikorwa cyo kwirinda gikurikira uko ibintu […]
Omborenga yasinye muri mu APR FC

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko myugariro Omborenga Fitina yongeye kuyisinyira nyuma yo kuva muri Rayon Sports. Omborenga, wakiniye APR FC mu myaka ishize ndetse akanayihesha ibikombe bitandukanye, yagarutse nkâIntare igiye kurangiza ibyo itasoje. Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo APR FC yatangaje ko “Omborenga agarutse mu rugo. Intare rimwe, Intare iteka.” Uyu mukinnyi unakinira […]
Vestine Ishimwe yateye ishoti ubukumi – Amafoto

Umuririmbyi wâindirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine uzwi cyane mu ndirimbo akorana na murumuna we Kamikazi Dorcas, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka âBridal Shower. Ibi birori byabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Kamena 2025. Ibi birori byitabiriwe nâinshuti ze za hafi, abagore nâabakobwa bamushyigikiye muri uru rugendo rushya. Vestine, […]
Abasirikare 57 bashimuswe n’abaturage b’abasivile

Mu gihugu cya Colombia, haravugwa inkuru idasanzwe aho abasirikare 57 bashimuswe nâabaturage b’abasivile mu karere kâimisozi ka Micay Canyon, mu majyepfo yâuburengerazuba bwâigihugu. Igisirikare cya Colombia cyatangaje ko abasirikare 31 bafashwe ku wa Gatandatu, abandi 26 bagafatwa ku Cyumweru nâitsinda ryâabantu barenga 200. Ubuyobozi buvuga ko aba baturage bashobora kuba bari gukora bashyigikiwe cyangwa bahatirizwa […]
Iran igiye kwihorera kuri Amerika

Nyuma yâibitero bikomeye Amerika yagabye ku bikorwa bya nikeleyeli bya Iran, ubuyobozi bwa Tehran bwatangaje ku mugaragaro ko bugiye kwihorera, ibintu byongereye impungenge zâintambara ishobora gukwira mu karere no ku rwego mpuzamahanga. Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko Iran ifite amahitamo menshi yo kwihimura, arimo kwibasira ibirindiro byâingabo za Amerika muri Iraki, Yorodaniya na Siriya, cyangwa gukoresha […]
Rurageretse hagati ya APR FC na Singida Black

Ikipe ya APR FC yo mu Rwanda ishobora kwisanga mu bibazo bikomeye byâamategeko nyuma yâuko ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania itangaje ko ishobora kuyiregera Ishyirahamwe Mpuzamahanga ryâUmupira wâAmaguru (FIFA) kubera amakimbirane ku masezerano yâumukinnyi Memel Raouf Dao ukomoka muri Burkina Faso. Uyu mukinnyi wâimyaka 21, ukina mu kibuga hagati, yasinyiye Singida Black […]
Iran Yafunze Abatasi 22 ba Isirayeli

Leta ya Iran yatangaje ko yafunze abantu 22 bakekwaho gukorana nâinzego zâubutasi za Isirayeli. Nkâuko bitangazwa nâibitangazamakuru bikorana bya hafi na Leta ya Iran, aba bantu batawe muri yombi mu ntara ya Qom hagati ya tariki ya 13 na 21 Kamena 2025. Abashinzwe iperereza bavuga ko aba bantu bashinjwa gukorana nâinzego zâubutasi za Isirayeli mu […]
Kirehe: Yafashwe asambanya ihene, ahita ayikwa ibihumbi 150 Frw

Umusaza wâimyaka 65, Tuyisenge Theoneste utuye mu Murenge wa Kigina, Akarere ka Kirehe, arashinjwa ibikorwa bikomeye birimo gufata abagore ku ngufu ndetse no gusambanya amatungo. Amakuru aturuka mu baturage ndetse no mu nzego zâibanze yemeza ko uyu musaza akekwaho gusambanya abagore batatu, barimo nâumwe bivugwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe. Nkâuko BTN TV ibitangaza, […]
Iran igiye kwaka umusada Perezida Putin wa Russia
Iran irateganya gusaba ubufasha Perezida Vladimir Putin wa Russia mu biganiro biteganyijwe kubera i Moscow ku wa Mbere, mu rwego rwo gushaka inkunga ya dipolomasi nâiya gisirikare mu gihe umwuka wâintambara ukomeje gukara hagati ya Iran nâIsirayeli. Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yabwiye televiziyo NBC News ko Iran yiteguye kuganira nâibihugu byâiburengerazuba, ariko […]
APR FC yakozwe ku munwa n’abanya-Tanzania

Mu gihe mu Rwanda hari haherutse kuvugwa ko Memel Raouf Dao, umukinnyi wâUmunya-Burkina Faso, yaba yamaze gusinyira APR FC, ikipe ya Singida Black Stars yo muri Tanzania yatangaje ko yamaze kumwegukana. Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Singida Black Stars, Omar Kaya yemeje ko uyu mukinnyi wâimyaka 21 yâamavuko yasinye amasezerano yâimyaka itatu. Kaya yagize ati: âByarangiye, yadusinyiye […]
Umutoza wavuzweho gusonzera i Kigali

Nduwimana Pascal, umutoza wâabanyezamu ba Kiyovu Sports, yahakanye amakuru yavugaga ko iyi kipe imubereyemo umwenda wa miliyoni 5.5 Frw ndetse ko inzara yamwiciye i Kigali. Hari amakuru yari yakwirakwiye avuga ko uyu mutoza yamaze iminsi ibiri atarya, ndetse ko yaburaga ubushobozi bwo gusubira mu gihugu cye cyâu Burundi. Ariko Pascal yabwiye UMUSEKE ko ayo makuru […]
Umucamanza yaretse R. Kelly ngo yicwe

Umucamanza wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yanze ubusabe bwa R. Kelly bwo gusohoka muri gereza ngo ajye gukomereza igifungo mu rugo, nyuma yâuko abunganira uyu muhanzi bavuze ko hari umugambi wo kumwica uri gutegurwa. Abunganira R. Kelly batangaje ko uyu muhanzi aherutse kujyanwa mu bitaro nyuma yo guhabwa imiti irengejeje urugero nâabashinzwe gereza, ndetse […]
Bakoreye ubukwe mu kidendezi cy’amazi y’imvura (Amafoto)

Mu gace ka Ibiaku Awat Nkang, ho mu karere ka Ibiono Ibom muri Leta ya Akwa Ibom, muri Nigeria, habaye ubukwe butangaje kandi buteye amarangamutima aho umugeni nâumugabo, Bwana na Madamu Nsima, basezeranye mu mvura nyinshi yaje guteza ikidendezi aho Ubu bukwe bwabaye ku wa Kane, tariki 19 Kamena 2025, aho nâubwo amazi yari yarenze […]
Chris Brown yagejejwe imbere y’urukiko mu Bwongereza

Umuririmbyi wâUmunyamerika Chris Brown yahakanye ibyaha aregwa byo kugerageza gukomeretsa bikabije umuntu, bivugwa ko yabikoze akoresheje icupa mu kabari ka Tape i London mu mwaka wa 2023. Nkâuko byatangajwe na Sky News, Chris Brown wâimyaka 36 yafatiwe i Manchester mu kwezi gushize ubwo yari mu rugendo rwâibitaramo bye ku isi. Yabanje gufungwa, nyuma aza kurekurwa […]
Leta y’u Rwanda igiye kwirukana abarimu batazi icyongereza

Minisitiri wâIntebe wâu Rwanda, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko abarimu batazi icyongereza bashobora kwirukanwa mu gihe bazaba batsinzwe isuzuma ryihariye rizakorwa mu myaka iri imbere. Yabitangaje kuri uyu wa Kane, tariki ya 19 Kamena 2025, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko raporo yâibyagezweho na Guverinoma mu guteza imbere imibereho yâAbanyarwanda. Guverinoma ifite gahunda yo kongera […]
Amerika ishobora kurasa Iran ikayigira nk’Ubuyapani

Mu gihe intambara hagati ya Israel na Iran ikomeje gufata indi ntera, hakomeje kugaragara impungenge ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora kwinjira mu rugamba, bigatuma Iran ihura nâingaruka zikomeye zishobora kuyigira nkâUbuyapani bwo mu 1945. Perezida Donald Trump aherutse gutangaza ko yihaye ibyumweru bibiri ngo afate umwanzuro ku bijyanye no kugaba igitero gikomeye kuri […]
Manchester City yahanwe

Ikipe ya Manchester City yaciwe amande agera kuri miliyoni imwe zâamapawundi nyuma yo kwemera ko yarenze ku mategeko ya Premier League inshuro icyenda mu mwaka wâimikino wa 2024/2025. Aya makosa yerekeye gutinda gutangira imikino cyangwa gutangira igice cya kabiri cyâumukino, binyuranyije nâingingo ya L.33 yâamategeko agenga shampiyona. Premier League yatangaje ko aya makosa yabaye mu […]
Nyaruguru: Umupasiteri yararanye umugore w’abandi amupfiraho

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umupasiteri witwa Valens usanzwe ari nâumuyobozi ushinzwe ubutaka nâimiturire mu Murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cyâubwicanyi. Amakuru atangwa na RIB avuga ko ku wa 13 Kamena 2025, umugore wasuraga uyu mupasiteri yapfiriye mu nzu ye, nyuma yo kurarana. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, […]
Rutsiro: Umwana wâimyaka 11 yagiye mu kizamini ahetse murumuna we

Habumugisha Serge, umunyeshuri wâimyaka 11 wo mu Karere ka Rutsiro, yakoze ikizamini ahetse murumuna we wâimyaka hafi ibiri, nyuma yo kwanga gusiba ishuri. Byabereye mu Murenge wa Kivumu, aho nyina wa Habumugisha yari yagiye kwa muganga mu gitondo, amusiga hamwe nâumwana muto amwizeza ko agaruka vuba. Gusa yatinze gutaha kubera ko kwa muganga bamubwiye ko […]
Mbappé yajyanwe mu bitaro igitaraganya

Umukinnyi ukomeye wa Real Madrid, Kylian MbappĂ© yajyanwe mu bitaro kubera indwara y’uburwayi bwo mu nda nkâuko ikipe ya Real Madrid yabitangaje kuri uyu wa Kane. MbappĂ© ntiyitabiriye umukino wa mbere wâikipe ye mu marushanwa ya Club World Cup wabereye i Miami, aho bahuye na Al Hilal yo muri Arabiya Sawudite ku wa Gatatu, kubera […]
Umuzi n’Inkomoko y’amakimbirane hagati ya Amerika, Isiraheli na Irani

Amakimbirane hagati ya Amerika, Isiraheli na Irani ni urusobe rw’amateka maremare y’ubufatanye, ubushyamirane, n’amakimbirane yagiye ahindura isura y’akarere k’Uburasirazuba bwo Hagati. Kugira ngo umuntu asobanukirwe neza impamvu z’ubu bushyamirane buhoraho, ni ngombwa kureba kure mu mateka, agasobanukirwa inyungu za buri gihugu, ndetse n’uruhare rw’abakinnyi batandukanye mu karere. I. Amerika na Irani: Kuva ku Nshuti kugeza […]
Kanye West nâumugore we bari kuvurwa indwara zo mu mutwe

Umuraperi wâicyamamare Kanye West nâumugore we Bianca Censori bamaze iminsi muri Espagne, aho bari kwitabwaho mu kigo cyita ku buzima bwo mu mutwe nâimyitwarire yâabantu, kizwi nka The Balance Rehab Clinic, giherereye i Mallorca. Nkâuko bitangazwa na RadarOnline, aba bombi bamaze iminsi bacumbitse muri iki kigo cyâakataraboneka, aho kwishyura icyumweru kimwe bigera ku madolari 170,000 […]
CAF yateye ipine imikino APR FC na Rayon Sports zizitabira

Impuzamashyirahamwe yâUmupira wâAmaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko imikino ibanza yâamajonjora ya mbere ya CAF Champions League na Confederation Cup yâuyu mwaka wâimikino wa 2025/26 izatangira hagati ya tariki ya 19 nâiya 21 Nzeri 2025. Si ibyo gusa ahubwo n’imikino yo kwishyura izakinwa hagati ya tariki ya 26 nâiya 28 Nzeri 2025. Iyi gahunda yatewe […]
Umugabo yakatiwe gukubitwa ibiboko 15 azira kurwana n’indaya

Mu mujyi wa Abuja muri Nigeria, umugabo yakatiwe igihano cyo gukubitwa imiba 15 yâinkoni nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kurwana nâindaya. Uyu mwanzuro watanzwe nâurukiko rwa Wuse Chief Magistrate, aho umugabo yagejejwe imbere yâubutabera adafite umwunganira mu mategeko. Umunyamakuru Omoyele Sowore wari witabiriye urubanza, yavuze ko yatunguwe cyane abonye igihano nkâicyo gitangirwa imbere yâurukiko. Sowore […]
Ibanga wakoresha ngo ushimishe umugore mu gitanga

Mu rukundo, abagabo benshi bibwira ko gushimisha umugore mu gitanda bishingira gusa ku gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, ariko si ko bimeze. Gushimisha umugore birenze kure ibyo abantu benshi batekereza. Umugore ashima ibintu byinshi byuzuzanya, kandi iyo ibyo byose ubishyize hamwe, bituma yishima byimbitse haba mu mubiri no mu mutima. Dore ibintu by’ingenzi wakora ngo ushimishe umugore […]
Uburusiya bwihanangirije Amerika ku bufasha bwa gisirikare igiye guha Israel

Umunyamabanga wa Leta wungirije wâUburusiya, Sergei Ryabkov yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatanga ubufasha bwa gisirikare kuri Israel mu ntambara yayo na Iran bishobora kurushaho guhungabanya umutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati. Nkâuko bitangazwa nâibiro ntaramakuru byâUburusiya, Interfax, Ryabkov yasabye Amerika kudashyigikira Israel mu buryo bwa gisirikare, ndetse anavuga ko kuba banatekereza […]
Ukuntu umukozi wa Bianca yamwibye imodoka agiye kwisohokanera umukunzi i Gisenyi

Mu nkuru itangaje yagarutsweho cyane mu minsi yashize, umunyamakuru Bianca yatangarije itangazamakuru uko imodoka ye yibwe nâumukozi we wo mu rugo, Moise, bikarangira ayigongesheje akayangiza bikomeye. Bianca avuga ko yamenye ko imodoka ye yibwe nyuma yâuko asabye abari hafi ye kuyimusangisha aho yari ari, bagasanga urufunguzo rwayo rutari aho yarusize, ndetse nâimodoka ubwayo yaraburiwe irengero. […]
Menya byinshi ku ndangamuntu nshya igiye kujya inahabwa impinja

Ikigo cyâIgihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) cyatangaje ko mu kwezi gutaha kizatangiza igerageza rya mbere ryâIndangamuntu y’ikoranabuhanga, igamije koroshya uburyo bwo kubona serivisi za Leta. Indangamuntu nshya izaba iri mu byiciro bitatu: ikarita isanzwe ifite QR code, indangamuntu y’ikoranabuhanga iboneka kuri murandasi, ndetse nâumubare wihariye ushobora kwifashishwa mu kwemeza umwirondoro wâumuntu kuri murandasi. Ikindi, iyi ndangamuntu […]
Umunyarwanda watwaye Tour du Rwanda asigaye ari umukarani

Nsengimana Jean Bosco, umwe mu bakinnyi bâamagare bakomeye mu Rwanda ndetse wegukanye Tour du Rwanda mu 2015, ubu asigaye akora akazi ko gutwara imizigo ku igare. Nyuma yo kuva mu mukino wâamagare mu buryo butunguranye, Nsengimana yavuze ko ubuzima bwamugoye cyane kugeza ubwo yatangiye kujya yikorera amatafari nâibindi bikoresho kugira ngo abeho. Yagize ati: “Ubuzima […]
APR FC yatangaje umutoza mushya

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ku mugaragaro umutoza wayo mushya, Abderrahim Taleb, wâimyaka 61, ukomoka mu gihugu cya Maroc. Uyu mutoza yigeze gutoza amakipe akomeye muri Afurika arimo FAR Rabat, Wydad Casablanca, RSB Berkane na TAS Casablanca. Taleb yasinyiye APR FC amasezerano yâimyaka ibiri, akaba aje gusimbura umutoza wahoze ayobora iyi kipe. Uyu mutoza […]
Israel yaturikije televiziyo y’igihugu cya Iran yatambutsaga amakuru imbonankubone

Israel yagabye igitero gikomeye ku cyicaro cya Televiziyo ya Leta ya Iran (IRIB) i Tehran, mu gihe iyi televiziyo yari iri gutangaza amakuru imbonankubone. Amashusho yagaragaye yerekanye urusaku rwâibiturika mu cyumba cyâitangazamakuru ndetse n’amatara yahise avaho. Iran yatangaje ko umwe mu bakozi bâiyo televiziyo yahasize ubuzima. Israel yavuze ko yari igamije gusenya ikigo cyâitumanaho cyifashishwaga […]
Adil Erradi yigaramye ibyo kugaruka mu Rwanda

Uwahoze ari umutoza wa APR FC, Adil Erradi, yahakanye amakuru yavugaga ko ashobora kugaruka muri shampiyona yâu Rwanda, nubwo hari abamuhuza na Police FC nyuma yâiyegura rya Vincent Mashami. Erradi, wahoze atoza APR FC hagati ya 2019 na 2022, yayifashije kwegukana ibikombe bitatu bikurikirana bya shampiyona, ndetse anasiga atsinze imikino 50 yikurikiranya ataratsindwa, kugeza ubwo […]
Abacamanza mu rubanza rwa P Diddy, beretswe amashusho y’urukozasoni bipfuka mu maso

Mu rubanza rwa Sean ‘Diddy’ Combs, umuraperi wamenyekanye cyane ku isi, abacamanza bashyikirijwe amashusho yiswe “Freak Offs” agaragaza ibikorwa bivugwaho gucuruza abagore nâimibonano mpuzabitsina iteye inkeke. Nkâuko bitangazwa na Mail Online, aya mashusho agaragaza Diddy ari kumwe nâabandi bantu barimo nâuwahoze ari umukunzi we Cassie Ventura. Amashusho yafashwe mu Ukwakira 2012 mu cyumba cya Trump […]
Amerika ishobora kuba igiye kurasa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran, umurwa mukuru wa Iran, aho bivugwa ko ishobora kuba igiye kuharasa. Trump yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, aho yavuze ati: “Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye. Ni agahomamunwa kubona ubuzima bwinshi butakara. Iran ntigomba na rimwe […]
Umuhanzi wâumunyarwanda wavuzweho gutera inda abagore batatu icyarimwe

Umuhanzi wâUmunyarwanda Afrique yamaganye amakuru yavugaga ko yaba yarateye inda abagore batatu icyarimwe, avuga ko ari ibihuha byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga. Afrique yavuze ko ayo makuru yamugezeho ndetse byageze nâaho umubyeyi we amusaba kubisobanura. Yagize ati: âMama yarampamagaye arambaza niba ibyo bavuga ari ukuri, ariko yari azi ko ibyo bavuga bidashoboka.â Uyu muhanzi yashimangiye ko […]
RIB yafunze aba-youtubers babiri

Abagabo babiri batambutsaga ibiganiro kuri shene ya YouTube yitwa Dawa Rwanda TV batawe muri yombi na RIB, bakurikiranyweho gukwirakwiza amakuru yâibihuha no gukoresha imvugo zibiba amacakubiri mu baturage. RIB yatangaje ko aba bagabo bafashwe ku bufatanye na Polisi yâu Rwanda ku wa 10 Kamena 2025, bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe […]
Ubuhanuzi bwa Bibiliya ku ntambara ya Israel na Iran

Ku itariki ya 13 Kamena 2025, Israel yatangije igitero gikomeye cyiswe Operation Rising Lion, igaba ibitero ku nganda zâubumara nâibirindiro byâingabo za Iran, harimo na Natanz, aho Iran isanzwe ikorera ubushakashatsi kuri uranium ikoreshwa mu gucura ibitwaro cyirimbuzi. Abahanga bavuga ko Israel yashakaga guhagarika gahunda ya Iran yo gukora intwaro za kirimbuzi. Iran ntiyicecekeye. Yahise […]
Umunyarwanda yavumbuye indwara ifata abagore barongowe

Mu Rwanda havumbuwe indwara nshya ishobora guhindura uko abantu basobanura ibikomere byo mu rukundo nâimibanire. Iyi ndwara yahawe izina ryâagateganyo Relationship Disappointment Stress Syndrome (RDSS), bisobanuye Ihangayika rikabije rituruka ku gutenguhwa mu rukundo. Iyi ndwara yagaragaye cyane ku bagore barongowe, byâumwihariko abari bafite ibyifuzo bikomeye byo gukira ibikomere banyuzemo mu gushaka. Umunyarwanda Dr. Celestin Mutuyimana […]
Gitifu wakubise abaturage arafunzwe

Mu Karere ka Rwamagana, uwari Umunyambanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Kitazigurwa yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano akurikiranyweho gukubita abaturage yayoboraga. Amakuru avuga ko uyu muyobozi yafashwe nyuma yâaho abaturage bamushinje kubakubita no kubashyira mu kato. Bivugwa ko yakubise umugore nâabana be babiri, ababwira ko bibye ibishyimbo ku muturanyi, ndetse nâuwari nyina wabo ngo yamuhoye ko atatanze […]
Iran yasenye ambasade ya Amerika muri Isirayeli

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Isirayeli iraguma ifunze nyuma yâigitero cya misile cyagabwe na Iran mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, nkâuko byatangajwe nâUhagarariye Amerika muri Isirayeli, Mike Huckabee. Ambasaderi Huckabee yatangaje ko “ibisasu byaturikiye hafi yâishami ryâAmbasade riri i Tel Aviv, bikangiza bimwe mu bikorwaremezo ariko nta muntu wo muri […]
Floribert wanze ko ibiribwa byo mu Rwanda byinjira i Goma yagizwe Umuhire na Kiliziya

Kiliziya Gatolika yagize umuhire Floribert Bwana Chui Bin Kositi, Umunye-Congo wakoreraga gasutamo i Goma, nyuma yo kwicwa mu 2007 azira kwanga kurya ruswa. Uwo muhango wabereye i Roma muri Bazilika ya Saint-Paul-hors-les-Murs, uyoborwa na Karidinali Marcello Semeraro ushinzwe gutangaza abatagatifu. Ubwo yicwaga, Floribert yari yanze ko ibiribwa bitujuje ubuziranenge byinjizwa i Goma n’ibico by’abagizi ba […]
Imodoka ya Bianca yotowe ku muhanda

Mu Karere ka Kamonyi, ahitwa Bishenyi, hafatiwe imodoka yari yaribwe Umunyamakuru Bianca. Iyi modoka yo mu bwoko bwa Hyundai yari yibwe mu minsi ishize, nyuma ikaza gufatirwa nyuma yâumunsi umwe yibwe. Bianca yavuze ko uwari wayibye yayigongesheje mbere yo kuyihasiga. Yagize ati: âKu wa Gatanu tariki 13 Kamena 2025 nibwo twayibonye Bishenyi. Yayigongeshereje ku mbago […]
Ntuzashukwe n’ikibero ahubwo uzite kuri ibi bintu nujya kurongora

Guhitamo uwo muzabana ubuzima bwose si ibintu byoroshye. Si amagambo meza agomba kugushimisha, ahubwo ni ibikorwa byâumutima bigaragaza urukundo mu bihe bikomeye. Umugore ukwiye si uvuga gusa ândagukundaâ, ahubwo ni wawundi uzagaragara mu gihe gikomeye, agahitamo kugumana nawe nubwo byamugora. Umugore wâukuri akorera hamwe nawe, aho kuguca intege. Ntazaguhagarika ngo kuko uri kugerageza guteza imbere […]
Nyabugogo: Imodoka yagonze inzu ikatirwamo amatike

Mu masaha ya saa sita kuri uyu wa Gatandatu, habaye impanuka ibabaje mu mujyi wa Kigali, ahazwi nka Gare ya Nyabugogo. Imodoka itwara abagenzi bivugwa ko ikorera mu mihanda ya Kigali, yagonze inyubako icururizwamo amatike ahakorera sosiyete ya Zebra. Abari hafi yâaho byabereye batangaje ko iyi modoka yabuze feri igonga abantu ndetse nâurukuta rwâinzu, rugwira […]
Natty Dread waririmbye “Hobe Rwanda” yapfuye

Umuhanzi Mitali Raphael wamamaye ku izina rya Natty Dread yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 azize uburwayi bwa kanseri. Amakuru yâurupfu rwe yemejwe nâumwe mu bana afasha i Kigali, nubwo nawe avuga ko adafite ibisobanuro birambuye. Natty Dread yari amaze igihe yivuza kanseri mu Budage, aho yari arwaye kuva muri Nzeri […]
Yaguze indaya 3 azirongorera mu ruhame

Mu mujyi wa Harare, muri Zimbabwe, abagore batatu bivugwa ko bakora umwuga wâuburaya hamwe nâumugabo ufite umugore utwite, bafashwe basambanira mu ruhame nijoro mu gace ka Southlea Park. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru H-Metro, aba bantu bafashwe ku itariki ya 9 Kamena 2025, ahagana saa tatu zâijoro, nyuma yâamakuru yatanzwe ku bapolisi. Polisi yahageze iyobowe na Konstabo […]
Victony ntiyakozwaga ibyo kujya ku rubyiniro atafashe ibiyobyabwenge

Umuhanzi wâUmunyanijeriya, Anthony Ebuka Victor, uzwi cyane nka Victony yatangaje ko atari yarigeze aririmba ku rubyiniro atanyweye inzoga. Ibi yabivuze mu kiganiro kuri Behind The Prestige Podcast cyatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatanu. Uyu muhanzi uzwi cyane mu ndirimbo Soweto yemeye ko yahoze ashingira ku nzoga kugira ngo abashe gutaramira abafana, ariko […]
APR BBC yanditse amateka muri BAL

Ikipe ya APR BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya Basketball Africa League (BAL 2025), yasoje irushanwa iri ku mwanya wa Gatatu nyuma yo gutsinda Al Ittihad yo mu Misiri ku manota 123-90. Ni inshuro ya mbere ikipe yo mu Rwanda ndetse no mu Karere ka Afurika yâIburasirazuba isoreje BAL ku mwanya wa […]
Ykee Benda yambitse impeta

Umuhanzi wâUmunya-Uganda Ykee Benda yatangaje ko we nâumukunzi we Emily bamaze kwemeranya kurushinga aho byahamijwe no kwambikana impeta. Ibi byatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu, aho Ykee Benda yashimangiye ko urugendo rwabo rwâurukundo rugeze ku ntambwe ikomeye. Benshi mu bakunzi babo babifurije ibyishimo, bavuga ko ari intambwe ishimishije kuri bombi. Ykee Benda azwi cyane […]
Abasore babiri banywereye urumogi ku modoka ya polisi barafunzwe

Polisi yo mu Ntara ya Delta muri Nigeria yafunze abasore babiri bagaragaye mu mashusho ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga banywa urumogi bicaye hejuru yâimodoka ya polisi, banatuka inzego zâumutekano. Abo bafashwe ni Patrick Asini wâimyaka 34 na Tega Ojo wâimyaka 20. Bafashwe nyuma yâuko amashusho yabo yakwirakwiye cyane ku rubuga rwa X (yahoze ari Twitter), […]
Fatakumavuta yakatiwe imyaka 2 nâigice muri gereza

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Fatakumavuta igifungo cyâimyaka ibiri nâigice nâihazabu ya miliyoni 1.3 Frw, nyuma yo kumuhamya ibyaha bitandukanye birimo gukwirakwiza amakuru yâibihuha, kunywa ibiyobyabwenge no gusebanya. Iki cyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 13 Kamena 2025, nyuma yâuko isomwa ryâimyanzuro ryari ryimuwe kubera umunsi mukuru wa Eid al-Adha. Mu rubanza, ubushinjacyaha bwashinjaga Fatakumavuta ibyaha […]
Nyina wa Chrisseazy yapfuye

Kuri uyu wa Gatanu, umuryango wa Chrisseazy, umuhanzi wâUmunyarwanda, wagezweho nâagahinda gakomeye nyuma yâitabaruka rya nyina. Amakuru yemeza ko yitabye Imana aguye mu bitaro bya CHUK aho yari amaze igihe arwaye indwara ya Diyabete. Bamwe mu bo mu muryango we batangaje ko yari amaze igihe yitabwaho nâabaganga ariko ubuzima bwe bukomeza gucika intege kugeza ubwo […]