Tanzania yasezerewe muri CHAN

Ikipe yâIgihugu ya Tanzania isoje urugendo rwayo muri CHAN 2024 nyuma yo gutsindwa na Maroc igitego 1-0 mu mukino wa ÂŒ cyâirushanwa wabereye kuri Stade Benjamin Mkapa i Dar es Salaam. Mu gice cya mbere Tanzania yagerageje guhangana, aho rutahizamu Clement Mzize yabonye uburyo bubiri bwiza ariko ntiyabubyaza umusaruro. Mu minota ya mbere yâigice cya […]
Gitifu wâAkagari ka Shyembe yapfiriye mu mpanuka ya moto

Polisi yâu Rwanda ikorera mu Ntara yâAmajyepfo yatangaje ko Udahemuka Longin, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Shyembe mu Murenge wa Maraba, Akarere ka Huye, yapfuye azize impanuka ya moto yari atwaye. Polisi yâu Rwanda ikorera mu Ntara yâAmajyepfo yemeje iby’uru rupfu rwa nyakwigendera ko iyo mpanuka yabaye ahagana saa tatu zâijoro ku wa 21 Kanama 2025. […]
RIB yafunze umukozi wa Wasac

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi yâu Rwanda rwataye muri yombi Manirakiza Straton, umukozi wâIkigo gishinzwe Amazi, Isuku nâIsukura (WASAC), ushinzwe ibikorwa byisanwa byâumuyoboro wâamazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo, akurikiranweho icyaha cya ruswa. Amakuru yatangajwe na RIB aravuga ko uyu mukozi yafunzwe nyuma yâuko abaturage bagaragaje ikibazo cyâisaranganywa […]
USA: Umuraperi Lil Nas yakubise umupolisi

Umuhanzi wâUmunyamerika, Lil Nas X usanzwe witwa Montero Lamar Hill, yatawe muri yombi i Los Angeles muri Leta zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kugaragara mu muhanda mu masaha ya saa kumi nâimwe za mu gitondo (4:00am), yambaye gusa umwambaro wâimbere nâinkweto za cowboy. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza aririmba, avuga amagambo adasobanutse ndetse […]
Isomwa ryâurubanza ruregwamo abasirikare nâabasivili ryimuriwe

Urukiko rwa Gisirikare rwongeye kwimura isomwa ryâurubanza ruregwamo abantu 28 barimo abasivili nâabasirikare, harimo nâabakozi bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Igorora (RCS). Aba bose bakurikiranyweho ibyaha birimo gufatanya gukoresha umutungo wa Leta mu buryo butemewe, ndetse no gukoresha inyandiko zidafite agaciro, ibintu bivugwa ko byanyuze muri Minisiteri yâIngabo. Isomwa ryâurubanza ryari riteganyijwe kuri uyu wa Kane, tariki […]
Uburusiya bwaburiye ibihugu by’Uburayi

Uburusiya bwaburiye ibihugu byâUburengerazuba ku ngingo yo gukumira iki gihugu mu biganiro byâamahoro ku bijyanye nâintambara yo muri Ukraine, buvuga ko ibyo ari âinzira igana ahantu hatariho.â Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Burusiya, Sergey Lavrov yavuze ko nta cyagerwaho mu gushaka umuti wâibibazo byâumutekano wa Ukraine hatarimo igihugu cyâUburusiya. Yagize ati: âNtitwakwemera inama zishaka gukemura ikibazo […]
Ukraine: Umukinnyi yahanwe azira kuvugira ikirusiya mu kibuga

Ku wa 18 Kanama 2025, mu mukino wa shampiyona yâicyiciro cya mbere cyâabagore wahuje ikipe ya Kolos yo i Kiev na SeaSters yo mu gace ka Black Sea, umukinnyi Irina Maiborodina yahawe ikarita yâumuhondo nyuma yo kuvugira ikirusiya mu kibuga. Umusifuzi wari uyoboye umukino, Anastasia Romanyuk, yafashe icyo cyemezo ku munota wa 43, ibintu byahise […]
RIB igiye gushinga ikipe

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwateguje ko rugiye gutangiza ikipe ya ruhago nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wâuru rwego Dr. Murangira B. Thierry. Yabitangarije itangazamakuru mu minsi yashize ubwo yari yitabiriye igitaramo cya âMTN Iwacu Muzika Festivalâ mu rwego rwâubukangurambaga barimo bwo gukangurira abantu kwima amatwi ababashuka bakabacucura utwabo. Ubwo yari abajijwe ku makuru yari amaze iminsi avugwa […]
Umuganda usoza Kanama uzakorerwa mu ngoÂ

Mu rwego rwo kwimakaza isuku mu ngo no mu bigo bitangirwamo serivisi, Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu yatangaje ko umuganda rusange wâukwezi kwa Kanama uzaba ku wa gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025. Nkâuko bigaragara mu itangazo ryâiyi minisiteri, uyu muganda uzibanda ku bikorwa byo gusukura no kurwanya imyanda mu ngo, aho abaturage batuye ndetse nâahakorerwa serivisi […]
Nyuma yâu Rwanda na Uganda igiye kwakira abimukira bavuye muri Amerika

Uganda yemeye kwakira abimukira baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yâiminsi mike u Rwanda narwo rwemeye kwakira abagera kuri 250, mu masezerano yashyizweho umukono hagati yâibihugu byombi i Washington. Nkâuko byatangajwe na televiziyo CBS ndetse na BBC, Amerika yashyizeho gahunda nshya yo kwimura abimukira baturutse mu bice bitandukanye byâAfurika nâAsiya bari basabye ubuhungiro […]
Hagiye kumurikwa robot ishobora gusama ikanabyaraÂ

Ubushinwa bwatangaje ko bugiye kumurika robot ya mbere ku isi ishobora gusama no kwibaruka hifashishijwe inda yâikoranabuhanga (artificial womb). Iyo robot iri gukorwa nâikigo Kaiwa Technology cyo mu mujyi wa Guangzhou, izatangizwa ku mugaragaro mu mwaka wa 2026. Dr. Zhang Qifeng, uyoboye uwo mushinga, yabivugiye mu nama yâubumenyi yaberaga i Beijing, avuga ko “ubumenyi bujyanye […]
Abanyamahanga 64 birukanwe ku butaka bw’u Rwanda kubera urugomo

Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu mezi 12 ashize hari abanyamahanga 64 birukanwe ku butaka bw’u Rwanda basubizwa mu bihugu byabo kubera ibyaha byo gukubita no gukomeretsa, abandi 240 bashyikirizwa ubutabera. Polisi yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 19 Kanama, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X. Yasubizaga abanyamakuru Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’ na Mutabaruka […]
APR FC yatsindiwe mu irushanwa yateguye

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 19 Kanama 2025, kuri Kigali PelĂ© Stadium, APR FC yatsinzwe na AS Kigali kuri penaliti 5-4 nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota 90 yâumukino wâIrushanwa âInkera yâAbahiziâ ryateguwe na APR FC. AS Kigali ni yo yatangiye neza umukino, ikoresha neza imipira yo hagati mu kibuga, mu […]
Azam FC yatsinze Police FC mu âInkera yâAbahiziâ

Ku wa Kabiri tariki ya 19 Kanama 2025, kuri Kigali PelĂ© Stadium habereye umukino wâamarushanwa ya “Inkera yâAbahizi” ryateguwe na APR FC, aho Azam FC yatsinze Police FC kuri penaliti 4â3. Umukino watangiye amakipe yombi agerageza kwipima ariko nta mpinduka zigaragara. Ku munota wa 20, Police FC yafunguye amazamu binyuze kuri Kwitonda Alain âBaccaâ waboneye […]
Abaraperi Bull Dogg, Jay C na Bushali barwanye nâabafana

Mu mpera zâicyumweru gishize, abaraperi barimo Jay C, Bull Dogg na Bushali bakoze agatendo barwana nâabafana ubwo bari bagiye mu kabyiniro. Byabereye mu kabyiniro kâahazwi nko kwa âNyanjaâ aho aba bahanzi bari basohokeye nyuma yo gutaramira mu Karere ka Rubavu. Imirwano y’aba baraperi yaje kwemezwa na Jay C nyuma y’amashusho yari yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga […]
Umujenerali wâu Burusiya yakomerekeye mu ntambara na Ukraine

Umujenerali Mukuru wâu Burusiya, Lt.-Gen. Esedulla Abachev, yakomerekeye bikomeye ku rugamba muri Ukraine, nkâuko byatangajwe nâabayobozi bâu Burusiya. Guverineri wâintara ya Dagestan, Sergei Melikov, yavuze ko Abachev ari umwe mu basirikare bakuru bari ku isonga kuva intambara yatangira mu 2022. Yagize ati: âYagiye akora mu myanya ikomeye yâubuyobozi, ariko akunda kuba imbere ku mirongo yâimbere, […]
Bugesera FC yakomorewe

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko Bugesera FC izitabira Shampiyona yâIcyiciro cya Mbere nyuma yo kuzuza ibisabwa yari itarabasha gutanga. Mbere yâuko shampiyona itangira, amakipe yose yasabwe kugaragaza ibyangombwa byâibanze. Bugesera FC yo ntiyari yujuje ibisabwa kuko itari ifite ubwishingizi bwâabakinnyi, umuganga wâikipe ndetse bimwe mu byangombwa yatangaga byari ibyâumwaka ushize wa 2024/25. […]
Wa mugore ufite iminwa minini ku isi yongeye kurikoroza

Andrea Ivanova, umunya-Bulgaria wâimyaka 28, yamamaye ku isi kubera iminwa ye minini yongeye kwibagisha iminwa maze igirwa minini kurushaho. Kugeza ubu amaze gukoresha amafaranga abarirwa muri ÂŁ20,000 (asaga miliyoni 30 Frw) kugira ngo igaragare nkâuko abyifuza. Ubusanzwe yakundaga kwisiga amavuta yoroheje (nude lip gloss), ariko ubu yahisemo guhindura agaragara yisiga âred lipstickâ, ibintu byatunguye abamukurikira […]
Icyoba ni cyose muri Amerika kubera umuyaga wa Erin

Inkubi yâumuyaga Erin yongeye gufata ingufu igera ku rwego rwa kane (Category 4) ikomeje kwibasira inyanja ya Atlantika, aho ishobora guteza ibiza bikomeye nâimyuzure ku nkombe zâUburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Imvura nyinshi ivanze nâumuyaga mwinshi byatangiye kugera mu birwa bya Bahamas yâAmajyepfo nâibirwa bya Turks and Caicos, aho hashyizweho impuruza y’umuyaga udasanzwe. […]
Kigali: Yabuze ayo kwishyura indaya, ifatira imyenda ye

Umugabo wo mu Murenge wa Kinyinya, mu Karere ka Nyarugenge, yisanze mu mazi abira nyuma yo kuryamana nâindaya ariko akabura amafaranga yo kuyishyura. Byabereye mu Rwampara, ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025. Ababonye ibyabaye babwiye itangazamakuru ko uyu mugabo yari yabanje kumvikana nâiyo ndaya ko azayishyura amafaranga ibihumbi bitanu (5,000 Frw). Nyuma yo […]
Icyo rutahizamu wa APR FC asaba abafana

Rutahizamu wâUmunya-Burkina Faso, Djibril Cheik Ouattara yavuze ko kugira abafana hafi ari ingenzi cyane kugira ngo APR FC igere ku ntego zayo. Ibi yabivuze nyuma yâumukino wo ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, aho APR FC yatsinze Power Dynamos ibitego 2-0 mu mukino wo gufungura Inkera yâAbahizi. Byombi byatsinzwe na Ouattara, wemeza ko byamwongereye […]
UPDF yatsinze RDF itwara igikombe

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025, kuri Stade Ubworoherane i Musanze, habereye umukino wa gicuti wahuje Ingabo za Uganda (UPDF) nâIngabo zâu Rwanda (RDF) mu rwego rwo gutsura umubano hagati yâimpande zombi. Uyu mukino warangiye Uganda itsinze penaliti 8-7, nyuma yo kunganya 1-1 mu minota isanzwe. Ni ubwa kabiri ibi bihugu byari […]
Florent Ibenge asanga APR FC ari ikipe ikomeye ku mugabane

Umutoza mushya wa Azam FC yo muri Tanzania, Florent Ibenge yashimye bikomeye ikipe ya APR FC ayita imwe mu makipe akomeye ku mugabane. Ibi yabivuze ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025, ubwo yageraga i Kigali aho Azam FC yaje kwitabira irushanwa âInkera yâAbahiziâ ryateguwe na APR FC, rikaba rizabafasha kwitegura imikino ikomeye iri […]
U Rwanda rwatsinzwe na DR Congo

Ikipe yâIgihugu yâu Rwanda mu mukino wa Basketball yongeye gutsindwa, ihusha amahirwe ku mukino wayo wa kabiri muri AfroBasket 2025 iri kubera muri Angola. Mu mukino wabahuje na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo), Amavubi yatsinzwe amanota 65 kuri 58. Ibi byatumye u Rwanda rwuzuza imikino ibiri rudatsinda, nyuma yo kubanza gutsindwa na CĂŽte […]
Zari Hassan yakuyemo inda

Zari Hassan yemeje ko aherutse gukuramo inda yâibyumweru bitandatu yari atwite, nkâuko byanashimangiwe nâumugabo we, Lutaaya Shakib. Mu ntangiriro zâuku kwezi nibwo Zari yatangaje ko yahuye nâiki kibazo, ibintu byababaje cyane abakunzi be. Nyuma yâiminsi acecetse, Shakib yavuze ko koko ibyavuzwe ari ukuri, ariko ashimangira ko ari Zari ubwe uzabisobanura mu buryo burambuye igihe azaba […]
Petr Cech yatandukanye nâumugore we

Uwahoze ari umuzamu wa Chelsea na Arsenal, Petr Cech yatangaje ko we nâumugore we Martina batandukanye nyuma yâimyaka 26 bari kumwe. Uyu mugabo wâimyaka 43 yâamavuko yatangaje aya makuru abinyujije ku rubuga rwa Instagram ku wa Kane, mu butumwa bwuzuye amarangamutima, buherekejwe nâifoto yâumukara nâumweru. Cech na Martina bamenyanye bakiri abangavu mu 1999, basezerana mu […]
Ukuntu Diamond yatewe indobo n’inkumi imuziza ubukene

Umuhanzi wâicyamamare Diamond Platnumz yatangaje ko agahinda yatewe nâumukobwa wa mbere bakundanaga, Sarah Davakingin wamwanze amuziza ubukene, ari ko katumye ahimba indirimbo Kamwambie (bivuga âUmubwireâ), yahinduye ubuzima bwe kuko yakunzwe cyane muri Tanzania no hanze yayo. Diamond yavuze ko we na Sarah bari bamaze imyaka ibiri bakundana, ariko uyu mukobwa amureka kubera ko atashoboraga kumuhaza […]
Ikipe yatwaye shampiyona izahabwa Miliyoni 80 Frw: Shema Fabrice

Shema Ngoga Fabrice, umukandida wenyine wemerewe kwiyamamaza mu matora ya FERWAFA, yatangaje imigambi mishya agifite ku guteza imbere Shampiyona yâu Rwanda mu gihe yatorwa. Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabereye muri imwe muri hoteli zikomeye i Kigali ku mugoroba wo ku wa 14 Kanama 2025, yavuze ko azazamura ibihembo bihabwa amakipe yo mu cyiciro cya mbere nâicya […]
Haruna ntiyumva ukuntu abanyarwanda batamwubaha kandi Tanzania ibikora

Haruna Niyonzima ntiyumva ukuntu Abanyarwanda batamuha icyubahiro akwiriye, mu gihe abanyamahanga bo bagikomeza kumwubaha. Ibi yabivuze nyuma yâimyitozo ya Yanga African yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, yabereye kuri Sitade Amahoro, aho Haruna yifatanyije nâabakinnyi bâiyi kipe mu myitozo. Iyo myitozo yateguraga umukino wa gicuti bazakina na Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu, […]
U Rwanda rwihanganishije Ubwami bwa Asante muri Ghana nyuma yâurupfu rwâUmwamikazi

Leta yâu Rwanda yatangaje ko yifatanyije nâabaturage bâUbwami bwa Asante, nyuma yâurupfu rwa Nana Konadu Yiadom III, Umwamikazi wâUbwami bwa Asante muri Ghana. Nana Ama Konadu Yiadom III, wari Umwamikazi wa 14 wâUbwami bwa Asante, yitabye Imana ku itariki ya 7 Kanama 2025 afite imyaka 98 yâamavuko. Mu butumwa bwashyizwe kuri X (yahoze ari Twitter) […]
Real Madrid iyoboye andi makipe ku rutonde rwa UEFA

Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Mugabane wâu Burayi, UEFA ryashyize ahagaragara urutonde rushya rwâamanota yâamakipe akomeye ku mugabane, hashingiwe ku mikino yâimyaka itanu ishize. Real Madrid, ifite ibikombe bya Champions League 15 mu mateka yayo, ikomeje kuba ku isonga nâamanota 117.500, ikurikiwe na Bayern Munich ifite amanota 108.250 na Inter Milan ifite 107.250. Uyu mwanya wa […]
Trump arifuza inama na Putin na Zelensky

Trump yatangaje ku mugaragaro ko yifuza inama yihutirwa ihuza we, Vladimir Putin na Volodymyr Zelensky, igamije kurangiza intambara imaze imyaka itatu muri Ukraine. Ibi yabitangaje ku wa Gatatu, tariki ya 13 Kanama 2025, nyuma yo kuvugana na Zelensky nâabandi bayobozi bâi Burayi, avuga ko iyo nama yaturuka ku biganiro ateganya kugirana na Putin i Alaska […]
Aba-Rayon basabye ko Rukundo Patrick yirukanwa

Abakunzi ba Rayon Sports barasaba ko Rukundo Patrick yavanwa muri Komite Nyobozi yâiyi kipe, bamushinja gukorera inyungu za APR FC. Bamwe mu bafana batifuje ko imyirondoro yabo ijya hanze, bavuga ko akunda kugaragara yambaye umwambaro wa APR FC kurusha uwa Rayon Sports, ndetse akabeshya ko ari umufana wa Rayon. Bimwe mu bimenyetso bavuga ko bimugaragaza […]
Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye mu nama idasanzwe ya EAC na SADC

Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi bahuriye mu nama idasanzwe ihuriweho nâUmuryango wa Afurika yâUburasirazuba (EAC) nâuwa Afurika yâAmajyepfo (SADC), yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga kuri uyu wa Gatatu. Iyo nama yitabiriwe nâabakuru bâibihugu nâaba za guverinoma bo mu miryango yombi, yari igamije gusuzuma aho ibintu bigeze […]
Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo abanyamakuru n’abasirikare

Urukiko rwâibanze rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwatangiye kuburanisha abantu 28 barimo abasirikare batatu, abakozi bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Igorora (RCS) nâabasivili batatu bazwi mu itangazamakuru ryâimikino. Muri bo harimo Captain Peninah Mutoni, Captain Peninah Umurungi, CSP Sengabo Hillary, CSP Mukantabana Olive, ndetse nâabanyamakuru Ndayishimiye Reagan (Rugaju), Ishimwe Ricard na Mucyo Antha Biganiro. Bose bashinjwa ubufatanyacyaha mu […]
Umuvugizi wa RCS mu bari kuburana mu rubanza rurebana na APR FC
Ku wa 13 Kanama 2025, Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwatangiye kuburanisha abantu 29 barimo abofisiye bâIngabo zâu Rwanda (RDF), abakozi bâUrwego rwâIgihugu rushinzwe Igorora (RCS), ndetse nâabasivili. Bose bakurikiranyweho ibyaha bikomoka ku buryo haguzwe amatike yâindege hifashishijwe konti ya Minisiteri yâIngabo mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ibi byaha bivugwa ko bifitanye isano nâurugendo rwa APR […]
Uganda: Abakongomani bafungiwe gucuruza Zahabu z’ibicupuri

Ku wa 12 Kanama 2025, inzego zâumutekano muri Uganda, ari zo Ishami ryo Kurwanya Ruswa rya Perezidansi ku bufatanye nâIshami rya Polisi rishinzwe Ubugenzacyaha (CID), zataye muri yombi abantu barindwi barimo Abanyekongo bane nâAbanya-Uganda batatu bakekwaho uburiganya bwo kwambura umucuruzi wâUmunyanijeriya, Mark Gbillah, amadolari ya Amerika 70,000 (asaga miliyoni 93 Frw). Aba bakekwaho icyaha bashinjwa […]
Gitifu wâUmurenge wa Kansi yapfuye

Nsanzimana ThĂ©ogĂšne, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, yapfuye azize uburwayi bikekwa ko ari stroke. Urupfu rwe rwatangajwe ku wa 13 Kanama 2025. Abayobozi bâinzego zâibanze bakoranye na we bavuze ko yari amaze igihe gito cyane yimuriwe i Kansi avuye mu Murenge wa Ndora. Amakuru avuga ko yafashwe nijoro ari wenyine […]
Manzi Thierry na Djihad begukanye igikombe

Al Ahli Tripoli yo muri Libya, ikinamo Abanyarwanda Manzi Thierry na Bizimana Djihad, yatwaye igikombe cya shampiyona yâicyiciro cya mbere muri icyo gihugu ku nshuro ya 14. Ku wa Kabiri, bakiniye kuri Stade ya CittĂ di mu Butaliyani, bakina umukino wa nyuma wa kamarampaka bahura na Al Hilal Benghazi. Al Ahli yasabwaga kunganya kugira ngo […]
Zari yavuze ku byo kuba yarageretse inda kuri Diamond

Zari Hassan yongeye gushimangira ko abana yabyaranye na Diamond Platnumz ari abo uyu muhanzi nta gushidikanya, nyuma yâuko havutse ibihuha bivuga ko Diamond yaba yarashidikanyije ku bana yita abe. Mu bana batandatu bivugwa ko Diamond arera, harimo abo yabyaranye na Zari. Uyu mugore yavuze ko ibyo kuvuga ko batari abe ari ugushaka gukurura abantu ku […]
Nepo Dushime yerekeje kuri RBA

Nepo Dushime uzwi cyane ku izina rya âMubicuâ, umwe mu banyamakuru bâimikino bafite izina rikomeye, yamaze kwinjira mu Kigo cyâIgihugu cyâItangazamakuru (RBA) avuye kuri SK FM aho yari amaze amezi umunani. Uyu mugabo wamenyekanye cyane mu kogeza imipira yo ku mugabane wâu Burayi, cyane cyane akoresha ijambo âMubicuâ, yakiriwe kuri Radio Rwanda ku wa Kabiri, […]
Umwana w’umukobwa ufite ukwezi 1 yapfuye nyuma yo gusiramurwa

Urupfu rwâumwana w’ukwezi 1 rukekwa guterwa no gusiramurwa rwateje uburakari bukomeye mu baturage bo mu gihugu cya Gambia. Polisi yatangaje ko umwana yajyanywe mu bitaro byo mu murwa mukuru Banjul nyuma yo kuva cyane amaraso, ariko ahageze bemeza ko yapfuye. Nubwo ibisubizo byâisuzuma ryâumubiri bigitegerejwe, benshi bahuza urupfu rwe n’imico yo gukata bimwe mu bice […]
Umugore afunzwe azira kwita Imana y’abasilamu “umutinganyi”

Ibtissame Lachgar, uharanira uburenganzira bwâabagore muri Maroc, yatawe muri yombi nyuma yo gushyira ku mbuga nkoranyambaga ifoto yambaye umupira wanditseho amagambo asuzugura Imana ya Islam. Itangazo ryâUbushinjacyaha bwâUrukiko rwa mbere rwa Rabat ryemeje ko yafashwe ku Cyumweru, hakurikiraho iperereza ryihutirwa. Lachgar anaregwa kuba yanditse amagambo ku mbuga nkoranyambaga ayita Islam nkââidini rihutaza abagore kandi rifite […]
Minisiteri yashyizeho abazajya bahitamo filime ijya muri Oscar

Bwa mbere mu mateka ya sinema nyarwanda, hashyizweho akanama kâigihugu kagamije gutoranya filime izahagararira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga yâibihembo bya Oscars mu cyiciro cya International Feature Film. Aka kanama, kazwi nka Rwanda Oscars Selection Committee (ROSC), kashyizweho na Minisiteri yâUrubyiruko nâIterambere ryâUbuhanzi, kagizwe nâabarimo abahanga nâabanyamwuga 15 mu bijyanye na sinema nâubuhanzi, barimo Marie […]
Icyo Super Manager avuga ku byo kuba umuvugizi wâabafana ba APR FC

Gakumba Patrick, uzwi cyane ku izina rya Super Manager, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana avuga ko yagizwe umuvugizi wâabafana ba APR FC. Ibyo byatangajwe nyuma yâuko byavugwaga ko yaba yasimbuye Jangwani, wari usanzwe ari kuri uwo mwanya ariko akaba yaratawe muri yombi mu minsi ishize. Mu kiganiro yagiranye na SK FM, Super Manager yavuze ko […]
Semuhungu Eric arafunzwe

Semuhungu Eric, umwe mu bakunze kugaragara cyane ku mbuga nkoranyambaga, yafashwe na Polisi yâu Rwanda mu mpera zâicyumweru gishize azira gutwara imodoka yanyweye ibisindisha. Ubu afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimironko, aho agomba kumara iminsi itanu nkâigihano giteganywa ku bafatwa batwaye ikinyabiziga basinze. Bivugwa ko ibyo bamwe bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko akurikiranyweho […]
Umugabo washakanye nâabagore 7 icyarimwe yongeye kurongora uwa 8

Mu karere ka Mukono na Buikwe, muri Uganda, Ssalongo Habib Ssezinga, uzwi cyane nka Nsikonnene, yongeye kuvugisha benshi ubwo yarongoraga umugore wa munani mu muhango gakondo, nyuma yâimyaka ibiri ashakanye nâabagore barindwi icyarimwe. Uyu mugabo wâimyaka 45, usanzwe ari umuvuzi gakondo ukungahaye, yari aherekejwe nâabagore be bose barindwi, bishimye kandi bamushyigikiye. Buri wese muri bo […]
Nyina wa Alex Muyoboke yapfuye

Umubyeyi wa Alex Muyoboke yitabye Imana mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 10 Kanama 2025, aguye mu bitaro bya CHUK, nkâuko byemejwe na Muyoboke ubwe. Nyina yari yabanje kwivuriza mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe, aza gutaha nyuma yo koroherwa. Nyuma yâigihe gito yongeye kwivuriza muri CHUK, asubira mu rugo yorohewe, ariko yongera kuremba […]
Nimunyemerere mbabwire ko tudatomboye neza: Gen. Mubarakh Muganga

Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda, General Mubarakh Muganga, yatangaje ko nubwo APR FC itatomboye byoroshye mu irushanwa rya CAF Champions League, nta mpungenge ikwiriye kuba ku bakunzi bâiyi kipe. Yabivuze mu magambo agira ati:Â âNimunyemerere mbabwire ko tudatomboye neza ariko nanone tudatomboye nabi. Bitandukanye nâibyo muvuga, ndagira ngo mbabwire ko Pyramid ikipe yacu izayikuramo.â Ibi yabivuze […]
Biramahire Abeddy yikumburiye kawunga n’umugore

Rutahizamu wâAmavubi, Biramahire Abeddy kuri ubu ukinira ikipe ya ES Setif yo muri Algeria, yatangaje ko akumbuye cyane umugore we Vanessa nâumuhungu wabo, ndetse nâibiryo bya gakondo byâu Rwanda birimo kawunga nâibishyimbo. Nyuma yo kugera muri ES Setif, aho yagiye avuye muri Rayon Sports nyuma yo kongera amasezerano yâimyaka ibiri ariko iyi kipe ikemera kumurekura, […]
Lamine Yamal na Lewandowski bahanwe

Impuzamashyirahamwe yâUmupira wâAmaguru i Burayi (UEFA) yaciye amande yâamayero 5,000 kuri buri mukinnyi wa FC Barcelona, Lamine Yamal na Robert Lewandowski, nyuma y’amakosa bakoreye mu mukino wa Champions League wahuje Barcelona na Inter Milan mu gice cya 1/2 cyâirangiza. Nkâuko itangazo rya UEFA ribivuga, aba bakinnyi bananiwe gukurikiza amabwiriza yâumukozi ushinzwe igenzura ryâimiti yongerera ingufu […]
Mr Eazi yarongoye

Umuhanzi wâicyamamare wo muri Nigeria, Oluwatosin Ajibade uzwi cyane nka Mr Eazi, yarushinze nâumukinnyi wa filime akaba nâumukobwa wâumuherwe ukomeye, Temi Otedola mu muhango wâubukwe bwabereye muri Iceland ku wa Gatanu, tariki ya 8 Kanama 2025. Ibirori byabereye muri Hallgrimskirkja Church, inzu yâamasengesho izwi cyane mu murwa mukuru wa Reykjavik, byitabirwa nâinshuti nâimiryango ya hafi, […]
SANDF yavuze ku musirikare w’umugore washyize umbwambure hanze

Ingabo za Afurika yâEpfo (SANDF) zatangaje ko zigiye gufatira ingamba zikomeye abanduza isura yâigisirikare ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yâamashusho yakwirakwijwe agaragaza umusirikare wâumugore wayo yiyambura umwambaro wa gisirikare, arimo no kubyina. Itangazo rya SANDF ryavuze ko imyitwarire nkâiyo “idahesha agaciro umwambaro” kandi irenga ku mategeko nâindangagaciro zâigisirikare. Umuvugizi wâigisirikare, Siphiwe Dlamini, yasobanuye ko umwambaro utari […]
Minisitiri wa Siporo yemeje ko siporo yunguka byikubye inshuro 124

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ko ishoramari muri siporo rifite inyungu nyinshi, aho ushoyemo 1$ wunguka 124$. Ibi ngo bituma Leta yâu Rwanda iyifata nkâurwego rwo gushyirwamo imbaraga. Yabitangaje aganira na Daniel Bernard, ufite umushinga Ride For Unity ugamije guteza imbere imibereho binyuze mu gutwara igare. Yavuze ko u Rwanda rwashyizemo imbaraga mu kwiyubaka […]
Rayon Sports yazanye umukinnyi mushya

Rayon Sports FC yakemuye ikibazo cyâubusatirizi nyuma yo gusinyisha Habimana Yves wakiniraga Rutsiro FC, imutanzeho miliyoni 8 Frw kugira ngo igure amasezerano yâumwaka umwe yari asigaranye. Iyi kipe yâUbururu nâUmweru ikomeje kwiyubaka mu rwego rwo kwitegura amarushanwa arimo na CAF Confederation Cup. Uko gushakisha abakinnyi bashya byaje nyuma yâuko Biramahire Abeddy wari mu mishinga yayo […]
Biratangaje! Ubu bwoko butaburura abapfuye bakabasuhuza

Mu gace ka Toraja, gaherereye Sulawesi muri Indonesia, habarurwa abaturage barenga miliyoni bizera ko urupfu atari iherezo ryâubuzima. Ku bo mu muryango, iyo umuntu apfuye, bumva ko roho ye iguma mu rugo igakomeza gukenera ibyo yakeneraga akiri muzima: ibiryo, imyambaro, nâibindi. Mu gihe mu bindi bice byâisi umuntu apfa agahita ashyingurwa cyangwa atwikwa, Abatoraja bo […]
Umutoza wa APR FC ntatewe ubwoba na Rayon Sports

Umutoza mushya wa APR FC w’umunya-Maroc Abderrahim Talib, yavuze ko nta bwoba afite ku mukino wa FERWAFA Super Cup uzabahuza na Rayon Sports, nubwo hari abakeka ko ashobora gutsindwa bitewe nâimyitwarire yâikipe ye mu mikino ya gicuti. Talib yavuze ko afite ubunararibonye mu mikino ikomeye, kuko yatoje Wydad Casablanca aho yakinnye âderbyâ zigera kuri 25 […]
Wasili yishongoye kuri APR FC

Umunyamakuru akaba n’umukunzi ukomeye wa Rayon Sports, Uwizeyimana Sylvestre uzwi cyane ku izina rya “Wasili”, yongeye gutera urwenya kuri APR FC. Ibi byavuzwe nyuma yâuko Brig. Gen. DĂ©o Rusanganwa, Chairman wa APR FC atangaje ko bateguye irushanwa bise “Inkera yâAbahizi”, mu rwego rwo kwitegura imikino ya CAF Champions League nâumwaka wâimikino wa 2025/26. Mu kiganiro […]
Congo izakira inteko rusange ya CAF

Umujyi wa Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), niwo wemejwe nkâuzakira Inteko rusange ya 47 isanzwe yâImpuzamashyirahamwe yâUmupira wâAmaguru muri Afurika (CAF), izaba ku wa Mbere, tariki ya 6 Ukwakira 2025. Icyemezo cyo kuzakirira iyo nama cyatangajwe mu itangazo ryashyizweho umukono i Nairobi na Me Belinda Luntadila Nzunzi, uyoboye Komite ishinzwe […]
CAF yahannye Kenya

Impuzamashyirahamwe yâUmupira wâAmaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano Kenya kubera ibibazo byagaragaye mu mukino wa CHAN 2024 wabereye kuri Stade Mpuzamahanga ya Moi i Kasarani, ku Cyumweru tariki ya 3 Kanama 2025, ubwo ikipe yâigihugu ya Kenya, Harambee Stars, yakinaga na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. CAF yasabye Ishyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru muri Kenya (FKF) kwishyura […]