DASSO wiyemeje kurera uruhinja rwari rwaratawe yagizwe ‘Ofisiye’
Inama y’Umutekano y’Akarere ka Gatsibo kuri uyu wa 7 Nzeri 2020 yafashe icyemezo cyo kuzamura mu ntera DASSO Uwihagurukiye Sylvia wemeye kurera uruhinja rwatowe mu gishanga kiri ahitwa mu Kaje mu Kagari ka Kabeza, Umurenge wa Kabarore. Aya makuru yemejwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo, avuga ko DASSO Sylvia usanzwe ukorera mu murenge wa Kabarore, yazamuwe […]
Abanyamategeko 7 bahagarariye Rusesabagina bararega u Rwanda
Umuryango wa Paul Rusesabagina uherereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wahisemo Abanyamategeko barega u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye barushinja kumufata rudakurikije amategeko y’igihugu na mpuzamahanga. Rusesabagina ufungiwe muri kasho ya polisi i Remera mu Karere ka Gasabo, yatangaje ko yahawe amahirwe yo kwihitiramo abunganizi mu mategeko bazamuburanira, ku rutonde yahawe ahitamo Me David Rugaza. Umuryango […]
Rusesabagina yisanze mu Rwanda, Kagame mu kiganiro, Tshisekedi atumiza abaturanyi
Icyumweru gishize cyari icya 36 muri 53 bizagira uyu mwaka. Cyatangiye tariki ya 31 Kanama kirangira tariki ya 6 Nzeri 2020. Amakuru yakiranze yiganjemo aya politiki yo mu Rwanda ndetse n’umutekano. Ababyibuka neza, ni cyo cyatangarijwemo ifatwa ry’umwe mu bantu ubutabera bw’u Rwanda bwari bukeneye cyane nk’uko tuza kubirebaho mu buryo burambuye. Amakuru y’ingenzi yaranze […]
Tom Byabagamba wari Komanda w’abarinda Perezida akurikiranweho kwiba telefone
Tom Byabagamba wambuwe ipeti rya Colonel, wanayoboye umutwe w’ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu ngo akurikiranweho icyaha cy’ubujura bwa telefone n’indahuzo yayo (chargeur). Inkuru ya Igihe ivuga ko tariki ya 12 Werurwe 2020 ubwo Tom Byabagamba yari afungiwe mu kigo cya gisirikari cya Kanombe, itsinda ry’umutwe w’abasirikare bashinzwe imyitwarire (Military Police) ryinjiye aho bafungiwe risaka abafungwa kugira […]
Novak Djokovic ukina Tennis yakuwe mu irushanwa azira gutera umusifuzi agapira
Umunyaseribia uzwi nka nimero ya mbere mu gukina Tennis yaraye avanwe mu irushanwa rya US Open azira gutera umusifuzi agapira kifashishwa muri uyu mukino. Djokovic wakinaga na Pablo Carreno Busta wo muri Espagne yakuye agapira mu mufuka bisanzwe, arangije agatera inyuma ye (basanzwe bagatera imbere kugira ngo karenge urushundura) maze kikubita mu ngoto y’umusifuzi w’umugore […]
Umuntu wa 19 yishwe na Covid-19, abanduye biyongeraho 25

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 6 Nzeri 2020 yatangaje ko umuntu wa 19 yishwe na Covid-19, abandi bantu 25 bandura iki cyorezo mu bipimo 3481 byafashwe. Uwapfuye ni umubyeyi w’imyaka 76 y’amavuko, w’i Kigali. Aba barimo 16 bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi, 4 babonetse mu Karere ka Rusizi, 3 babonetse muri Rubavu, 1 […]
Ikiganiro hagati y’umworozi n’ihene ze cyakuruye amarangamutima ya benshi
Umugabo wo muri Afurika yâEpfo yagaragaye agirana ikiganiro nâihene ze, ubutumwa bugikubiyemo bukurura amarangamutima ya benshi bananiwe kwihagararaho maze bararira. Videwo yashyizwe ahagaragara nâuwitwa Cherrol Ngobese ku wa 2 Nzeri 2020 igaragaza uyu mworozi wambaye agakabutura kâimbere gusa ahagaze imbere yâimbere yâizi hene mu rugo rwe, azisobanurira nâijwi rituje impamvu yatinze kuzigaburira. Uyu mugabo yatashye […]
Nakabonye atewe ishema no gukuza umwana watawe amaze icyumweru avutse

Nakabonye DorothĂ©e ni umukecuru utuye Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Gatobotobo, Umurenge wa Mbazi wâAkarere ka Huye, umaze imyaka 17 arera umwana wâumukobwa yatoye amaze icyumweru kimwe avutse. Uyu mukecuru avuga ko yabonye uyu mwana mu 2003 ubwo yari agiye kugemura ibiryo ku Karubanda, icyo gihe ngo hari mu masaa kumi nâebyiri, asanga abanyerondo bafite […]
Burundi: HRW itewe impungenge nâuko ubutegetsi bushya budahana abateje ibibazo mu 2015
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, HRW, utewe impungenge nâuko ubutegetsi bushya bwa Guverinoma yâu Burundi butazakurikirana abahohoteye abaturage mu bibazo byâumutekano muke mu 2015. Muri uwo mwaka, Pierre Nkurunziza wapfuye tariki ya 8 Kamena yatangaje ko aziyamamariza indi manda yâimyaka itanu. Icyo gihe u Burundi bwatangiye kubamo imvururu nâubwicanyi bwakorwaga ahanini nâumutwe wâImbonerakure ushamikiye […]
Kurasa mu cyico mu Rwanda_ Hari abibwiraga ko ari ibwiriza
Hashize igihe Polisi yâu Rwanda itanga raporo zivuga kuri bamwe mu bakozi bayo barasa abakekwaho ibyaha nâamakosa bitandukanye, baba abafungiwe muri za kasho cyangwa se abatabwa muri yombi, abo bagahita bapfa. Uko izi raporo zasohokaga, Abanyarwanda bakomeje kwibaza niba kurasa mu cyico ryaba ari ibwiriza ritanditse ryatanzwe, ku muntu wese bibaye ngombwa ko yamburwa ubuzima. […]
Meya w’Akarere ka Rutsiro yasezeranye n’uwo bagiye kurushingana

Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye EmĂ©rence kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Nzeri 2020 yasezeranye na Nsengimana Fabrice bagiye kurushingana. Ni umuhango wabereye mu Murenge wa Gisenyi w’Akarere ka Rubavu nk’uko uyu muyobozi yabihamirije Imvaho Nshya. Meya Ayinkamiye yanaboneyeho kubwira iki gitangazamakuru ko Nsengimana ari rwiyemezamirimo. Umuhango wo gusezerana imbere y’Imana uteganyijwe tariki ya […]
Perezida Kagame, Museveni, Ndayishimiye na Tshisekedi bashobora guhura bidatinze
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, Yoweri Museveni uyoboye Uganda, Evariste Ndayishimiye uyoboye u Burundi n’uwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi bashobora guhurira i Goma muri uku kwezi. Aya makuru yemejwe n’igitangazamakuru cyo muri RDC, Actualite.cd avuga ko Perezida Tshisekedi ari we watumiye aba bakuru b’ibihugu gusa itariki inama izaberaho ntabwo iramenyekana. […]
Abaturage bâi Nyabimata barifuza kubona Rusesabagina amaso ku yandi

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Nyabimata wâAkarere ka Nyaruguru, barifuza kubona Paul Rusesabagina uherutse gufatirwa ishyanga akurikiranweho ibyaha byâubwicanyi, iterabwoba, ubushimusi nâubusahuzi; aho bamushinja kugira uruhare runini mu gitero cyagabwe iwabo mu 2018. Rusesabagina azwi nka Perezida wâihuriro mpuzamashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda rya MRCD Ubwiyunge, rifite umutwe wâingabo wa FLN wahoze […]
Kigali no mu turere 8 habonetse abantu 49 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 4 Nzeri 2020 yatangaje ko abandi bantu 48 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 5795 byafashwe. Aba barimo 29 bapimwe mu masoko ya Kigali, 10 babonetse mu Karere ka Rusizi, 3 babonetse muri Karongi, 2 muri Kayonza, 1 muri Nyamasheke, 1 muri Musanze, 1 muri Nyamagabe n’undi muri […]
Amafoto yafatiwe mu myigaragambyo kuri Ambasade yâu Rwanda muri RDC

Mu gitondo cyâuyu wa 4 Nzeri 2020, bamwe mu Bakongomani bakoreye imyigaragambyo imbere ya Ambasade yâu Rwanda muri Kinshasa, basana ko Ambasaderi Vincent Karega yirukanwa kuri ubwo butaka. Ni nyuma yâumwuka mubi wazamutse tariki ya 24 Kanama 2020, ubwo Ambasaderi Karega yanyomozaga umunyamateka Benjamin Babunga wavugaga ko ingabo zâu Rwanda ku itariki nkâiyo mu 1998, […]
Gatsibo: DASSO yemeye kurera uruhinja rw’iminsi ine rwatowe mu gishanga

Uwihagurukiye Sylvia ukorera urwego rwa DASSO mu murenge wa Kabarore wâAkarere ka Gatsibo tariki ya 20 Kamena 2020 yemeye kurera uruhinja rw’iminsi ine yâamavuko, rwari rwatoraguwe mu gishanga kiri ahitwa mu Kaje mu Kagari ka Kabeza. Ubu ngubu uru ruhinja rwahawe izina rya Ishimwe Ganza Silva rufite amezi arenga abiri y’amavuko nk’uko DASSO Uwihagurukiye Sylvia […]
Umuryango NYCFPA urasaba u Rwanda kurekura Rusesabagina
Umuryango udaharanira inyungu ukorera muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, NYCFPA (New York Center for Foreign Policy Affairs) urasaba ko u Rwanda rwarekura Paul Rusesabagina ruherutse guta muri yombi rufatanyije nâamahanga. Uyu muryango ukurikirana politiki ya USA mu mahanga,uvuga ko uri gukurikirana ifungwa rya Paul Rusesabagina wari wagiriye uruzinduko i Dubai muri Leta yâUbumwe bwâAbarabu (UAE), akaba […]
Bruce Melodie yatunguwe no kumva Ambasaderi Nduhungirehe azi indirimbo ze
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yatunguwe no kumva Ambasaderi mushya wâu Rwanda mu Bwami bwâu Buholandi, Nduhungirehe Olivier azi indirimbo ze. Mu kiganiro umunyamakuru uzwi ku izina rya Yago yahurijemo uyu muhanzi nâuyu munyapolitiki, yabajije buri wese niba azi undi. Ambasaderi Nduhungirehe yasobanuye Bruce Melodie ko ari umuntu wâicyamamare, ukora cyane, mu kuvuga […]
Akanyamuneza ku muryango wa Gentil Misigaro na Rhoda wibarutse imfura

Umuryango wâumuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Gentil Byishimo Mutabazi Misigaro (Gentil Misigaro) nâumugore we, Rhoda Mugiraneza wungutse imfura. Byatangajwe na Rhoda abicishije ku rubuga rwa Instagram mu gitondo cyâuyu wa 4 Nzeri 2020. Ati: âShimwa Mana wowe waduhaye impano nziza ku Isi.â Uyu mwana wahawe izina rya Abraham Misigaro, umubyeyi we yamuhaye ikaze, mu byishimo byinshi […]
Umuntu wa 18 yishwe na Covid-19, mu turere 8 na Kigali haboneka abanduye

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 3 Nzeri 2020 yatangaje ko umuntu wa 18 yishwe nâicyorezo cya Covid-19. Uyu ni umugabo wâimyaka 31 wo mu mujyi wa Kigali. Abantu 37 ni bo banduye iki cyorezo, mu bipimo 5079 byafashwe. Aba barimo 23 bahuye nâabanduye mu masoko ya Kigali, 4 babonetse mu Karere ka Rusizi, […]
Museveni yongeye guhakana akomeje ko ari Umunyarwanda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 3 Nzeri 2020 yongeye guhakana ko atari Umunyarwanda, anyomoza abagaragaza ko batamushyigikiye bashingiye ku kuba yaba akomoka mu Rwanda. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yageneye abarimo umukurikira witwa Mwoyo Gwa Gwanga uvuga ko atarwanya Abanyankore, ahubwo adashyigikiye Abanyarwanda nka Museveni. Uwo Mwoyo Gwa Gwanga ngo […]
Rusesabagina uvuga ko ari umwere, ategereje kurenganurwa
Paul Rusesabagina ufungiwe muri Sitasiyo ya Polisi ya Remera mu Karere ka Gasabo, akurikiranweho ibyaha birimo ibyâiterabwoba, yatangaje ko arengana, akaba ategereje kurenganurwa. Rusesabagina uzwi nkâumuyobozi wâimpuzamashyaka arwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ya MRCD Ubwiyunge, ahamya ko yitaweho neza aho afungiwe, bijyanye nâuburwayi afite burimo umuvuduko wâamaraso nâindwara yâumutima. Rusesabagina mu kiganiro yagiranye na The East […]
Kigali: Umwana urengeje imyaka ibiri natambara agapfukamunwa, umubyeyi azishyura 10,000 RWF

Inama Njyanama yâUmujyi wa Kigali yashyizeho ibihano bikarishye ku batubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19, aho mu gihe umwana urengeje imyaka ibiri yâamavuko yaba atambaye agapfukamunwa, umubyeyi we cyangwa umurera azajya yishyura amafaranga yâu Rwanda 10,000 yâihazabu. Nkâuko bigaragara mu mbonerahamwe yâiri tangazo, hagaragara ibikorwa 21 bibujijwe, ihazabu yo ku rwego rwâubutegetsi izatangwa ndetse […]
Ibya Messi byinjiyemo umuhanuzi ukomeye ku Isi

Nyuma yâaho Umunya-Argentine Lionel Messi atangarije ko ashaka gutandukana na FC Barcelone, bigasa nâibikuruye umwuka mubi muri iyi kipe, ibyamamare byinshi bikomeje kwinjira muri iki kibazo bitanga n’igisubizo cy’uburyo gikwiye gukemukamo. Kuri uyu wa 2 Nzeri 2020, umuhanuzi ukomeye ku Isi ukomoka muri Nigeria, Temitope Balogun Joshua (TB Joshua) na we yagerageje gutanga inama zâukuntu […]
Umuntu wa 17 yishwe na Covid-19 mu Rwanda

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Nzeri 2020 yatangaje ko umuntu wa 17 yishwe n’icyorezo cya Covid-19. Uyu ni umubyeyi w’imyaka 71 wo mu Karere ka Rusizi. Abantu 76 ni bo banduye iki cyorezo, mu bipimo 5792 byafashwe. Aba barimo 47 bahuye nâabanduye muri Kigali, 21 babonetse mu Karere ka Rusizi, banduye mu […]
Umudepite yasabye gutorwa kugira ngo arye ku mafaranga abandi bahembwa
Umudepite uhagarariye agace ka Rubaga y’Epfo muri Uganda witwa Kato Lubwana yavuze ko yatorewe manda ya mbere kugira ngo arye, asezeranya Abagande ko muri manda ya kabiri bazasangira, nibaramuka bamutoye. Nkâuko igitangazamakuru Nile Post cyo muri Uganda kivuga ko mu 2016 ubwo uyu mudepite yiyamamarizaga manda ya mbere, yasabye abaturage ba Rubaga kumugirira icyizere bakamutora, […]
Huye: Mutekano nâundi bakekwaho kwicisha umuturage inkoni

Umuyobozi ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Icyeru, Umurenge wa Mukura wâAkarere ka Huye witwa Nzabamwita Desire nâundi barakewaho kwicisha inkoni Nshimiyimana Emmanuel bapfuye umugore. Abaturage batuye muri uyu mudugudu batangarije Bwiza.com ko byabaye mu masaa kumi nâebyiri yâumugoroba kuri uyu wa 1 Nzeri 2020. Bamwe mu baturage bavuga ko mbere yâuko biba, […]
Karasira yavuze ko hari uherutse kumusaba guhunga Kigali
Karasira Aimable kuri uyu wa 1 Nzeri 2020 yavuze ko hari umuntu uherutse kumusaba guhunga Kigali, ngo kuko hagiye kuba umutekano muke. Yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Mecky Kayiranga, umunyamakuru wa Bwiza TV na Bwiza.com cyakoraga ubusesenguzi ku mikorere y’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Ikiganiro cyose Karasira Aimable anenga abitwa ko barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda basa […]
Ka Manyinya gakomeje gukora ku bayobozi n’abashinzwe umutekano
Abahuzabikorwa ba DASSO mu murenge wa Murambi na Kiramuruzi; Kaijuka Yussuf na Rugamba Sam (nk’uko bakurikiranye) ndetse n’umubitsi w’Urwunge rw’Amashuri rwa Rwimitemeri, Musabyemariya beguye ku nshingano nyuma yo gufatirwa mu kabari banywa inzoga saa moya z’umugoroba zarenze. Aya ni amakuru dukesha igitangazamakuru Imvaho Nshya, cyatangaje kuri uyu wa 1 Nzeri 2020. Aya makuru aragira ati: […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 79

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 1 Nzeri 2020 yatangaje ko abandi bantu 79 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 5622 byafashwe. Aba barimo 51 bahuye nâabanduye mu masoko ya Kigali. Hari kandi 13 babonetse mu Karere ka Rusizi, 6 mu Karere ka Rubavu, 5 babonetse muri Karere ka Karongi na 4 babonetse muri […]
Umuhungu wa Rusesabagina ngo agiye gukora ibishoboka byose yisubize se
TrĂ©sor, umuhungu Paul Rusesabagina yabyaranye na Tatiana kuri uyu wa 31 Kanama 2020 nyuma yâaho RIB yerekanye ko yataye muri yombi se, yanditse ubutumwa arahirira gukora igishoboka cyose akamwisubiza. Ni ubutumwa TrĂ©sor Rusesabagina yanditse avuga ibigwi se uri mu maboko ya RIB, aho avuga ko yari umuntu wâicyitegererezo. Ubwo RIB yerekaga itangazamakuru Paul Rusesabagina wari […]
Uganda: Abadepite bakoresha abasirikare mu nyungu za politiki bihanangirijwe
Umuvugizi wâigisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso kuri uyu wa 1 Nzeri 2020 yatanze itangazo ryihanangiriza abadepite bakomeje gukoresha abarinzi bâabasirikare bahawe, mu gukora ibyaha bishingiye kuri politiki. Mu mwaka ushize ni bwo leta ya Uganda yahaye abadepite abarinzi bâabasirikare, bashinzwe gusa kubarindira umutekano. Gusa ngo muri iki gihe, mu bikorwa byo guhohoterana mu […]
Aho Rusesabagina ashobora kuba yafatiwe nâinzira iganisha ku ifatwa rye
Mu gitondo cyâuyu wa 31 Kanama 2020, Urwego rwâu Rwanda rwâUbugenzacyaha rwerekanye umuyobozi wâimpuzamashyaka arwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ya MRCD Ubwiyunge nâumutwe witwaje intwaro wa FLN, Paul Rusesabagina wafashwe mu gihe kitamenyekanye, nâigihugu yafatiwemo nticyatangazwa. Uyu musaza wâimyaka 66 yâamavuko akurikiranweho ibyaha birimo: iterabwoba, gutwika, ubushimusi nâubwicanyi byakorewe abaturage bâAbanyarwanda. Bwiza.com yakoze ubusesenguzi bugamije kumenya […]
Rubavu: Abafite ubumuga barasaba ko serivisi z’ubuvuzi bahabwa zinozwa
Abafite ubumuga butandukanye mu Karere ka Rubavu barasaba kubakirwa ibikorwaremezo bibafasha kugera kuri serivisi z’ubuvuzi bahabwa mu bigo nderabuzima. Mu Karere ka Rubavu habarirwa ibigo nderabuzima 14 hamwe n’ibitaro bikuru bya Rubavu. Kugeza ubu ibigo nderabuzima bibiri gusa , icya Nyundo giherereye mu murenge wa Nyundo hamwe n’icya Byahi giherereye mu murenge wa Rubavu. Ibi […]
Intambara yarose ubwo umugabo yasangaga umugore we ashyingirwa undi
Ku wa Gatandatu tariki ya 29 Kanama 2020 ku rusengero rwâitorero rya Great Salvation Christian Centre muri leta ya Lagos muri Nigeria, intambara yararose ubwo umugabo nâumuryango we basangaga umugore we ashyingirwa undi mugabo. Uyu mugabo wateje imvururu yitwa Iberemu Osadebe, umugore we yasanze ashyingirwa we yitwa Gloria Osadebe. Amakuru ya Punch avuga ko aba […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 43

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 31 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 43 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 4763 byafashwe. Aba barimo 36 bahuye n’abanduye mu masoko ya Kigali. Hari kandi 4 babonetse mu Karere ka Rubavu, 2 babonetse muri Muhanga n’umwe wabonetse muri Gisagara. Abamaze gukira iki cyorezo ni 2013 barimo […]
Abayobozi bamaze igihe kirekire ku mwanya wa Meya ugora benshi

Umwanya wâUmuyobozi wâAkarere uzwi nka âMeya ufatwa nkâugoranye cyane kurusha indi yose bitewe nâuko ahanini biba gake kubona uwurambyeho, bikaba bigorana no kubona byibuze nâumara manda yâimyaka itanu. Aha humvikana imvugo ya âTour du Rwandaâ cyangwa se âumweyoâ aho humvikanye iyegura ryâumusubirizo ryâaba bayobozi mu bice bitandukanye byâigihugu nkâuko byagenze tariki ya 2 nâiya 3 […]
Karasira Aimable yasobanuye âRya Cwendeâ yaririmbye
Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza yâu Rwanda, ku izina ryâubuhanzi uzwi nka Professor Nigga yasobanuye indirimbo âRya Cwendeâ yaririmbye. Tariki ya 24 Kanama 2020 ni bwo iyi ndirimbo yagiye hanze nyuma yâiminsi 10 iyi kaminuza imwirukanye ku mwanya wâubwarimu. Atangira aririmba ati: âUwacukuye imisarani, agakurira mu ivangura, ntiyatinya gucukurira, gucukurira imva abazima.â Akomeza […]
Haravugwa urupfu rwa Komanda wa RUD Urunana, Brig. Gen. Kagoma
Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, biravugwa ko Brig. Gen. Mpiranya LĂ©on Cyprien (Kagoma ugaragara ibumoso mu ifoto), umuyobozi w’umutwe wa RUD Urunana urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda yaba wayoboraga umutwe wa RUD-Urunana yaba yarapfuye tariki ya 29 Kanama 2020. Aya makuru ataremezwa n’urwego na rumwe rubifitiye ububasha avuga ko yiciwe mu bitero ingabo za RDC […]
Rwanda nâu Burundi, Karega nâAbakongomani mu ngingo zikomeye z’icyumweru

Icyumweru gishize cyari icya 35 muri 53 bizagira uyu mwaka. Cyatangiye tariki ya 24, kikaba cyarangiye kuri uyu wa 30 Kanama 2020. Cyaranzwe nâamakuru yiganjemo cyane politiki ireba u Rwanda, avuga ku mubano warwo nâamahanga, byâumwihariko mu bihugu byâAkarere birukikije. Bwa mbere kuva umwuka mubi watutumba hagati yâu Burundi nâu Rwanda, abahagarariye ubutasi bahuye Uhagarariye […]
Habonetse abarwayi 177 ba Covid-19, hafi ya bose ni ab’i Kigali

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 30 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 177 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 5544 byafashwe. Aba barimo 170 bapimwe mu masoko ya Kigali. Hari kandi 5 babonetse muri Rusizi na 2 bo muri Rubavu. Abamaze gukira iki cyorezo ni 1918 barimo 14 babonetse uyu munsi, abakirwaye bo […]
RCS yateye utwatsi ubutumwa butabariza abagororwa

Tariki ya 29 Kanama 2020, Umushumba wa Diyoseze Gatolika, Musenyeri Sevilien Nzakamwita yanditse ubutumwa butabariza imfungwa n’abagororwa bafungiwe muri Gereza ya Byumba bafite ikibazo cy’imibereho, mu gihe batacyemerewe gusurwa n’abo mu miryango yabo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19. Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rumaze kububona rwabuteye utwatsi. Ubu butumwa bugenewe Padiri Mukuru n’abakirisitu, […]
Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru

Abacungagereza ni urwego rwihariye rushinzwe kurinda umutekano wâamagereza nâabayafungiwemo. Iteka rya Minisitiri wâIntebe No. 243/03 ryo ku wa 27/12/2016 rigena imishahara igenerwa aba bakozi ndetse nâibindi bagenerwa. Tubibutse ko abakozi bâuru rwego rwâumutekano barangwa nâamapeti arimo: Warder (WDR), Corporal (CPL), Sergeant (SGT), Senior Sergeant (SSGT), Chief Sergeant (CSGT), Assistant Inspector of Prison (AIP), Inspector of […]
Karasira Aimable arasaba abitwa Ibigarasha kuza bagakorera mu Rwanda
Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza yâu Rwanda arasaba abantu bitwa Ibigarasha kuza bagakorera mu Rwanda nkâuko abarimo Ingabire Victoire babigenje. Ibigarasha ni ijambo ryadutse rihabwa igisobanuro cy’umwanzi wâigihugu, ubu rikaba rihabwa abantu barwanya ubutegetsi bwâu Rwanda na bamwe batavuga rumwe nabwo, biganjemo ababa mu mahanga. Muri bo, hari abahisemo kwinjira mu mitwe yitwaje […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 101

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 29 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 101 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 6163 byafashwe. Aba barimo 65 bapimw e mu masoko ya Kigali. Hari kandi 26 babonetse muri Rusizi bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi, 4 babonetse mu Karere ka Rubavu, 3 babonetse muri Gisagara, 1 wabonetse […]
Victoire yashimiye uwamugemuriraga muri gereza ku munsi yamushyingiriyeho

Umuyobozi w’ishyaka rya DALFA Umurinzi, Ingabire Victoire, kuri uyu wa 29 Kanama 2020 yashyingiye Gasengayire Leonille wari umubitsi wâishyaka rya FDU Inkingi, wafunzwe imyaka ibiri akurikiranweho ibyaha bitandukanye. Ni ubukwe bwitabiriwe nâabagize umuryango wa Gasengayire, Ingabire Victoire hamwe nâumukobwa we wâimfura, Ujeneza Raissa wamusuye aturutse mu Buholandi. Aya makuru y’ubu bukwe akubiye mu butumwa Ingabire […]
Intama yaguzwe amafaranga yâu Rwanda akabakaba miliyoni 500
Intama yâimfizi (rugeyo) yo muri Scottland yaguzwe akayabo kâamafaranga yâamapawundi ibihumbi 367 (ÂŁ367,500), angana na 474,446,402 yâamafaranga yâu Rwanda. Iyi ntama yahawe izina rya âDouble Diamondâ yagurishijwe mu cyamunara ku wa Kane tariki ya 27 Kanama 2020, igurwa nâaborozi batatu bakusanyije amafaranga yo kuyigura. Umuryango wa Charlie Boden ni wo wabanje gushyiraho amafaranga yo kugura […]
Ufite ipeti rya kane rikomeye muri Polisi yâu Rwanda ku rutonde rwâabirukanwe burundu

Abofisiye 56 muri Polisi yâu Rwanda baherutse kwirukanwa burundu hashingiwe ku iteka rya Perezida No. 079/01 ryo ku wa 17/08/2020 riri mu igazeti ya leta yâu Rwanda yasohotse tariki ya 24 Kanama 2020, barimo Assistant Commissioner of Police (ACP), ipeti rya kane rikomeye muri uru rwego rushinzwe umutekano. Uyu mupolisi ni ACP Mutsinzi Eric wigeze […]
Chadwick Boseman, umukinnyi mukuru wa filimi ya Black Panther yapfuye

Umwirabura wari umukinnyi mukuru wa filimi ya Black Panther, Chadwick Boseman yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 28 Kanama 2020 yari afite imyaka 43 y’amavuko. Aya makuru yemejwe n’umuryango wa Chadwick, yemerezwa ku rubuga rwa Twitter yari asanzwe akoresha, aho ngo yishwe na kanseri yo mu mara. Ubutumwa bugira buti: “N’agahinda kenshi, tubamenyesheje iby’urupfu […]
Umuntu wa 16 yishwe na Covid-19 mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 28 Kanama 2020 yatangaje ko umuntu wa 16 yishwe n’icyorezo cya Covid-19, haboneka abanduye bashya 70 mu bipimo 5159 byafashwe. Uyu muntu wapfuye yari afite imyaka 81 y’amavuko nk’uko iyi Minisiteri yabitangaje mu butumwa bwo kwihanganisha umuryango yasize. Abarwayi babonetse bo barimo 54 bapimwe mu masoko ya Kigali, […]
Gitifu yagiye guhondagurira umuturage mu ifasi y’abandi yitwaje abanyerondo
Ahagana saa kumi nâimwe zâikigoroba tariki ya 27 Kanama 2020, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagari ka Musaza, Umurenge wa Musaza mu Karere ka Kirehe, Harorimana Ignace yitwaje abanyerondo bâumwuga, bakubise bikomeye Murindarugamba Tharcisse bamusanze mu Mudugudu wa Kabare uri mu Kagari ka Nyacyerera mu Murenge wa Kigarama. Umugore wa Murindarugamba witwa Nyiramariro Bonifride ati: âNjyewe nâumugabo wanjye, […]
RDC: Abakongomani bamanukiwe nâicyuma kidasanzwe

Abakongomani bo muri Teritwari ya Buta mu Ntara ya Bas Uele ku wa 24 Kanama 2020 bamanukiwe nâicyuma kidasanzwe, cyaguye mu ishyamba ryaho, abenshi muri bo ntibasobanukirwa icyo ari cyo ndetse na nyiracyo. Nkâuko itangazo rya Visi Guverineri wa Bas Uele, Jean Fidele Tengbuti Mambe ribivuga, iki cyuma cyaguye mu masaa saba yâamanywa ku butaka […]
Saa moya yaraye igonze benshi
Nyuma yâamasaha make Inama yâAbaminisitiri yemeje ko abantu bose bagomba kuba bageze mu ngo zabo bitarenze saa moya zâumugoroba bivuye kuri saa tatu, bamwe mu Banyarwanda byatangiye kubagora, barazwa hanze mu masitade. Mu mihanda itandukanye yâigihugu, byâumwihariko mu mijyi, abantu benshi basiganwaga nâamasaha, buri wese agira ngo agere mu rugo iyi saha nshya itaragera. Gusa […]
Kigali, Rusizi na Musanze habonetse abantu 47 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 27 Kanama 2020 yatangaje ko abandi bantu 47 banduye icyorezo cya Covid-19, mu bipimo 4597 byafashwe. Aba barimo 37 bahuye n’abanduye mu masoko ya Kigali. Hari kandi 8 babonetse muri Rusizi n’umwe wabonetse mu Karere ka Musanze. Abamaze gukira iki cyorezo ni 1863 barimo 53 babonetse uyu munsi, […]
Bamwe mu Bakongomani barasaba ko Ambasaderi wâu Rwanda yirukanwa

Bamwe mu baturage n’abanyapolitiki bo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo barasaba ko Ambasaderi Vicent uhagarariye u Rwanda yirukanwa bitewe nâamakuru yatangaje anyomoza umuhanga mu byâamateka witwa Benjamin Babunga. Tariki ya 24 Kanama, Benjamin Babunga yashyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa bwo kwibuka ubwicanyi bwakorewe muri Kasika bugereranwa na jenoside, bugira buti: âKu munsi nkâuyuâŠ24 Kanama […]
Musabe muzahabwa_Perezida Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yateguye isengesho ku rwego rw’igihugu rizaba tariki ya 29 Kanama 2020 mu rwego rwo gusaba Imana gukiza igihugu icyorezo cya Covid-19, burya ngo “Musabe muzahabwa” nk’uko Bibiliya ibivuga. Perezida Museveni atangaje iby’aya masengesho, nyuma y’aho Umugande atavuze izina amuhaye iki gitekerezo, bukaba ari uburyo bwo gushyira iki cyorezo mu […]
Victoire Ingabire yavuze ku bivugwa ko yinjiiwe na Me Ntaganda
Umuyobozi wâishyaka DALFA Umurinzi ritavuga rumwe nâubutegetsi bw’u Rwanda, Ingabire Victoire Umuhoza, yavuze ku makuru yavuzwe ko yinjiriwe na Me Ntaganda Bernard bahuje umurongo wa politiki. Hari amakuru yatambutse mu minsi yashize, yavugaga ko Ingabire Victoire yinjirwa na Me Ntaganda mu rugo iwe, ibi bikaba byarazamuye intera ubwo umukobwa we, Raissa Ujeneza tariki ya 9 […]
U Burusiya bwahishuye amafoto ya misile bwarashe ikubye iya Hiroshima inshuro 3,333

Leta yâu Burusiya yahishuye amashusho nâamafoto ya misile karahabutaka ya Tsar Bomba ingabo zayo zarashe mu myaka yashize, irusha imbaraga inshuro 3,333 iyarashwe nâindege yaAmerika mu mujyi wa Hiroshima mu Buyapani, muri Kanama 1945. Aya mashusho nâamafoto yafashwe ubwo iyi misile yaraswaga mu 1961 yashyizwe ahagaragara nâikigo cyâigihugu cy’u Burusiya gishinzwe ingufu za nikeleyeri, Rosatom, […]
Meddy arashaka akana kagaragaye kabyina indirimbo ye
Umuhanzi Ngabo MĂ©dard uzwi nka Meddy kuri uyu wa 26 Kanama 2020 yasabye umuntu wese waba azi aho akana kagaragaye kabyina indirimbo ye nshya yitwa ‘We Don’t Care’ kumurya akara (kumumenyesha). Yabitangarije ku rubuga rwa Twitter nyuma yo kubona videwo uyu mwana yafashwe agaragaza impano idasanzwe mu kubyina indirimbo z’abahanzi batandukanye. Ati: “Ndi gushaka uyu […]
Amafoto: Impunzi z’Abarundi 500 mu nzira zitaha, nyuma y’imyaka 5 ziba mu Rwanda

Mu gitondo cya kare kuri uyu wa 27 Kanama 2020, impunzi z’Abarundi 500 zabaga mu nkambi ya Mahama mu Karere Kirehe mu Rwanda, zabyutse zitaha iwabo zibifashijwemo na leta y’u Rwanda, iy’u Burundi n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko izi mpunzi zaraye zipakiye ibikoresho birimo ibiryamirwa nyuma yo […]