Minisitiri w’Ingabo wungirije wa Malawi, Umugaba Mukuru n’abandi, bari mu Rwanda

Itsinda riyobowe na Minisitiri w’Ingabo wungirije wa Malawi, Jean Muonaowauza Sendeza ririmo Umugaba Mukuru w’ingabo z’iki gihugu, Gen Vincent Nundwe n’abandi…riri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda guhera ejo ku wa 10 Ukwakira 2021. Minisitiri Sendeza yatangaje ko baje mu Rwanda mu rwego rwo gushimangira imikoranire y’ibisirikare by’ibihugu byombi yatangiye mu 2018. Iri tsinda ryanagiranye ibiganiro […]
Mozambique: Undi muyobozi w’inyeshyamba yiciwe mu mirwano
Umuyobozi wa Polisi ya Mozambique, Bernardino Rafael yatangaje ko ingabo z’igihugu zifatanyije n’izindi nzego zishinzwe umutekano zishe umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa RENAMO urwanya ubutegetsi, Mariano Nhongo. Nhongo yiciwe mu mirwano yahuje izi ngabo n’abarwanyi be, yabereye mu gace ka Mazamba, Akarere ka Chibabaya mu Ntara ya Sofala, mu masaa moya y’igitondo. Bernardino yabitangaje ati: […]
Perezida wa Algeria yasabye u Bufaransa kubaha igihugu cye
Perezida wa Algeria, Abdelmadjid Tebboune yasabye u Bufaransa kubanza guha igihugu cye icyubahiro cyose kugira ngo Ambasaderi wabo asubizwe i Paris. Iri ni ijambo rya mbere uyu Mukuru w’Igihugu atangaje ku Bufaransa nyuma y’aho iki gihugu cyo ku mugabane w’Uburayi gifatiye icyemezo cyo kugabanya visa cyahaga Abanya-Algeria, Perezida wacyo. Ni nyuma kandi y’aho Perezida w’u […]
U Rwanda rurateganya kwigisha amasomo ya kaminuza mu magereza
Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, umutwe w’abadepite tariki ya 8 Ukwakira 2021 yemeje umushinga w’itegeko rivuguruye rigenga urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa, aho nta gihindutse amasomo kuva ku rwego rw’amashuri abanza kugeza ku rwa kaminuza n’ay’imyuga n’ubumenyi ngiro yajya atangirwa mu magereza. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegekonshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera, Ambasaderi Solina Nyirahabimana asobanura […]
UAE yahaye Tshisekedi impano y’imodoka z’intambara 30
Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, UAE, zahaye Perezida Félix Tshisekedi uyoboye Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) impano y’imodoka z’intambara 30 zizayifasha mu rugamba ikomeje rwo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba. Igikomangoma cy’umwami wa UAE gisanzwe ari umugaba w’ikirenga wungirije w’ingabo z’iki gihugu, Mohamed Ben Zayed Al-Nahyane ni cyo cyabitangaje nyuma y’ikiganiro cyari kimaze kugirana na Perezida Tshisekedi […]
U Burundi butava ku izima, igitutu cy’inteko ya EU, isibizwa ry’abanyeshuri batsinzwe icya Leta; inkuru nyamukuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 4 Ukwakira 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zitandukanye, ziganjemo izerekeye: politiki, umutekano, ubutabera n’uburezi. Harimo ko: U Burundi bwanze kuva ku izima ku busabe bwahaye u Rwanda Umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano mu Burundi, Ines Sonia Niyubahwe mu kiganiro abavugizi b’inzego nkuru za Leta bagiranye n’itangazamakuru ku wa 8 Ukwakira, yatangaje ko […]
Museveni yishimiye ko inama yagiriye Imisambi yatumye itsinda Amavubi
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yishimiye ko inama yagiriye ikipe y’igihugu cye y’umupira w’amaguru yatumye itsinda iy’u Rwanda izwi nk’Amavubi. Saa munani n’iminota 58 (habura iminota 2 ngo umukino utangire), Perezida Museveni yasabye abakinnyi ba Uganda kwisuganya neza, bakabyaza umusaruro imipira yo mu nguni (corner kicks). Muri ubu butumwa yanyujije kuri Twitter, […]
Bongeye kubona umuhungu wabo, bari bazi ko bamaze iminsi 4 bamushyinguye
Umuryango utuye mu Karere ka Luweero muri Uganda watunguwe no kongera kubona umusore wawo witwa Bernard Wajja Nsamba wizeraga ko umaze iminsi 4 umushyinguye. Observer dukesha iyi nkuru ivuga ko ku wa Kabiri w’iki cyumweru ari bwo uyu muryango wakiriye inkuru y’akababaro y’uko Nsamba yiciwe mu mirwano yabereye ku muhanda mu Karere ka Nakaseke ku […]
Kampala: Imisambi ya Uganda isubiriye Amavubi y’u Rwanda
Ikipe y’igihugu ya Uganda, isubiriye Amavubi y’u Rwanda, iyatsinda ikindi gitego kimwe ku busa (1-0) mu mukino wabereye kuri sitade Saint Mary iri i Kitende mu mujyi wa Kampala. Iki gitego cyatsinzwe na Fahad Bayo Aziz ku munota wa 22 w’umukino. Uyu ni na we watsinze igitego kimwe iyi kipe ya Uganda yatsindiye Amavubi i […]
Imisambi ya Uganda irasaba Imana kuyifasha Amavubi y’u Rwanda
Ikipe ya Uganda y’umupira w’amaguru izwi nka Uganda Cranes (Imisambi) yasenze isengesho risaba Imana kuyifasha, igatsindira Amavubi y’u Rwanda mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’irushanwa ry’igikombere cy’Isi rya Qatar 2022, urabera i Kampala kuri uyu wa 10 Ukwakira 2021. Iri sengesho ni ryo ryasoje imyitozo ya nyuma y’iyi kipe yabereye kuri sitade Saint Mary […]
Ebola yongeye kugaragara mu burasirazuba bwa RDC
Minisitiri w’Ubuzima wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Dr Jean Jacques Mbugani yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyongeye kugaragara muri Teritwari ya Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bw’igihugu. Itangazo Dr Mbugani yashyize ahabona tariki ya 8 Ukwakira 2021 rivuga ko umuntu umwe ari we wagaragayeho iki cyorezo; akaba ari umuhungu wari […]
U Burundi bugiye gushyiraho itsinda rikora iperereza ku nyeshyamba u Rwanda rwabushyikirije
Umunyamabanga Mukuru akaba n’Umuvugizi w’Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi, Agnès Bangiricenge yatangaje ko Umushinjacyaha Mukuru agiye gushyiraho itsinda ry’abakora iperereza ku barwanyi 19 b’umutwe witwaje intwaro wa RED-Tabara u Rwanda ruherutse gushyikiriza iki gihugu. Bangiricenge yabitangarije mu kiganiro abavugizi b’inzego nkuru za Leta bagiranye n’itangazamakuru, cyabereye mu Ntara ya Karusi ku wa 8 Ukwakira 2021. Tariki […]
Abanyarwanda bagiye gushora imari y’agera kuri miliyari 200 Frw muri Congo
Ikigo cy’ishoramari Crystal Ventures cy’Abanyarwanda gishamikiye ku ishyaka FPR-Inkotanyi riri ku butegetsi, kigiye gushora imari mu cyanya cyahariwe inganda cya Maloukou muri Repubulika ya Congo (ya Brazaville). Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters bivuga ko abahagarariye iki kigo tariki ya 1 Ukwakira 2021 bagiye i Brazaville mu ruzinduko rwo gusura iki cyanya, hanarebwa uburyo iri shoramari ryashyirwa […]
U Rwanda rwaba rugiye kugura indege z’intambara zigera kuri 12 muri Turukiya
Biravugwa ko Leta y’u Rwanda yaba iteganya kugura indege z’intambara zitagira abapilote za Bayraktar TB2 byibuze 12 na Turukiya, rukazazifashisha mu guhangana n’umutwe w’iterabwoba uhungabanya umutekano mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Aya makuru yatangajwe n’igitangazamakuru Africa Intelligence gisanzwe gifite umwihariko wo gutara inkuru zerekeye igisirikare cyo muri Afurika. Kiyatangaje nyuma y’andi cyatangaje tariki […]
Janet Museveni arifuza ko amasomo ya siyansi mu mashuri abanza yigishwa mu ndimi kavukire
Minisitiri w’Uburezi na Siporo muri Uganda usanzwe ari umufasha w’Umukuru w’Igihugu, Janet Museveni yatanze icyifuzo cy’uko amasomo ya siyansi mu mashuri abanza yajya yigishwa mu ndimi kavukire. Minisitiri Janet kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021 yasobanuriye abandi bashinzwe uburezi ko kwigisha aya masomo mu ndimi kavukire zo muri Uganda byazatuma umubare w’abayumva neza uba munini; […]
Perezida Nyusi yemeje ko ikindi cyihebe gikuru cyiciwe muri Cabo Delgado
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi yemeje ko ingabo z’igihugu cye ku bufatanye n’iz’amahanga ziciye mu gace ka Mbau kari mu ntara ya Cabo Delgado ikindi cyihebe gikuru cy’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah cyitwa Muhamudu. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021 ubwo yari yasuye ishuri ryigishirizwamo abasirikare kabuhariwe […]
Ethiopia ishobora gufatirwa ibihano izira gutwara intwaro mu ndege itwara abagenzi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, USA, zatangaje ko zishobora gufatira Ethiopia ibihano kubera intwaro yatwaye mu ndege itwara abagenzi muri iki gihe cy’intambara ihanganiyemo n’umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’intara ya Tigray. Ni nyuma y’aho igitangazamakuru CNN gishyiriye hanze inkuru y’ubucukumbuzi isobanura uburyo Leta ya Ethiopia yifashishaga indege y’ikigo cy’ubwikorezi cya Ethiopia Airlines […]
Amavubi yasesekaye i Kampala nyuma yo gutsindirwa i Kigali

Ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, yamaze kugera i Kampala yitegura umukino wa kabiri wayo na Uganda mu ijonjora ryo gushaka itike y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi rizabera muri Qatar mu 2022. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021, iyi kipe y’u Rwanda itsindiwe igitego kimwe ku busa (0-1) kuri sitade mpuzamahanga ya Kigali, i […]
Burundi: Nta musilamu wemerewe kuyobora afite abagore babiri
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’u Burundi, umutekano n’iterambere yategetse buri muyobozi w’musilamu uba muri iki gihugu gushakana n’umugore umwe gusa, n’ubwo idini ryemera kubana n’abagore benshi. Hashingiwe ku itegeko iyi Minisiteri yasohoye tariki ya 28 Nzeri 2021, rimenyesha abayobozi b’intara na komini ko mu rwego rwo kurema icyizere hagati yabo n’abaturage; umuyobozi wese ufite abagore barenze umwe […]
Mu Nteko ya EU, bongeye gusabira Rusesabagina kurekurwa agasubizwa mu Bubiligi
Bamwe mu badepite bagize inteko ishinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi, EU, bongeye gusabira Paul Rusesabagina uri kurangiza igihano mu Rwanda ko yarekurwa, agasubizwa mu Bubiligi kuko ngo ntiyahawe ubutabera akwiye. Gusaba ko Rusesabagina w’imyaka 67 y’amavuko arekurwa, babishingira ku kuba ari umuturage w’u Bubiligi na EU, akaba anafite uruhushya ruhoraho rwo gutura muri Leta Zunze […]
Museveni, umufasha na Guverinoma bashimiye ikipe ya Uganda yatsinze Amavubi
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni, umufasha we, Janet Museveni, na Guverinoma bashimiye ikipe y’igihugu cyabo y’umupira w’amaguru yatsindiye iy’u Rwanda i Kigali kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021, mu majonjora y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi kizabera muri Qatar mu 2022. Uyu mukino wabereye kuri sitade mpuzamahanga ya Kigali, i Nyamirambo, watangiye ikipe ya Uganda izwi […]
Bwa mbere kuva muri Mutarama, u Bwongereza bwakuye u Rwanda ku rutonde rutukura
Guverinoma y’u Bwongereza yakuye u Rwanda ku rutonde rutukura ruriho ibihugu byibasiwe cyane n’icyorezo cya Covid-19, ku nshuro ya mebere kuva tariki ya 28 Mutarama 2021. Ambasade y’u Bwongereza mu Rwanda yatangarije kuri Twitter ko iki gihugu cyakuwe kuri uru rutonde bitewe n’intambwe nziza gikomeje gutera mu guhangana n’iki cyorezo, cyane cyane imbaraga cyashyize mu […]
USA yohereje undi Munyarwanda wahamijwe kugira uruhare muri jenoside
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, USA, zohereje mu Rwanda undi Munyarwanda witwa Oswald Rurangwa wahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Rurangwa Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buvuga ko yari umwarimu mu mashuri abanza akaba n’umuyobozi w’Interahamwe muri Gisozi mu gihe cya jenoside, yahamijwe iki cyaha n’Urukiko Gacaca mu 2007, akatirwa igifungo cy’imyaka 30 adahari. Ubushinjacyaha […]
Kagame ntiyari kurota kohereza ingabo muri SADC atabyemerewe_Ramaphosa
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko umuryango w’ibihugu biri mu karere ka Afurika y’Amajyepfo, SADC, ari wo wemereye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kohereza ingabo mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. U Rwanda rutabarizwa muri SADC rwohereje ingabo (abasirikare n’abapolisi) 1000 mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique guhera tariki ya 9 Nyakanga 2021, […]
Amavubi y’abangavu yasezerewe na Ethiopia anyagiwe ibitego 8
Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 20 y’amavuko yasezerewe n’iya Ethiopia, inyagiwe ibitego umunani ku busa (8-0) mu mikino ibiri yakinnye. Iyi mikino iri mu ijonjoro ry’irushanwa ry’igikome cy’Isi cy’abagore batarengeje imyaka 20 rizabera muri Costa Rica muri Kanama 2022. Mu mukino ubanza wabereye i Kigali tariki ya 24 Nzeri 2021, ikipe ya Ethiopia yatsinze […]
Dusuma ya Otile na Meddy yasibwe kuri YouTube yari imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 26
Umuhanzi w’Umunyakenya, Otile Brown yasibye ku rubuga rwa YouTube indirimbo Dusuma yakoranye n’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 26. Amakuru aturuka muri Kenya avuga ko iyi ndirimbo yari kuri shene ya Otile Brown yaba yasibwe bitewe n’uko ngo yaba ari inshishurano (inyiganano). Kuri YouTube, Otile Brown izindi zirimo Aiyana, This […]
Ikipe ya Uganda yamenyesheje Amavubi ko itaje Kwita Izina, ngo ni ah’ubutaha
Ikipe ya Uganda y’umupira w’amaguru, Uganda Cranes, yavuze ko itaje mu Rwanda mu ruzinduko rwo kwita izina abana b’ingagi, ko ahubwo icyayizanye ari ugutsina Amavubi, igacyura amanota atatu. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 6 Ukwakira 2021, iyi kipe ubwo yageraga mu Rwanda yatangaje iti: “Muraho Amavubi, turi abashyitsi banyu ariko […]
Perezida Ndayishimiye yongeye guha akazi umuyobozi yirukanye amuziza kumubeshya
Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye guha akazi Albert Maniratunga yaherukaga kwirukana ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga, OTRACO, amuziza kumubeshya. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryaraye risohotse ku rubuga rw’ibiro by’Umukuru w’u Burundi, Maniratunga yagizwe Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi. Tariki ya 29 Kamena 2021, Perezida Ndayishimiye yasuye aho […]
Igiciro cy’umuceri kigiye kuba kimwe
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, kuri uyu wa 5 Ukwakira 2021 yatangaje ko yafashe icyemezo cy’uko igiciro cy’umuceri utonoye kigiye kuba kimwe mu gihugu hose. Ni nyuma y’igihe abahinzi benshi mu gihugu bamaze batakamba, bavuga ko inganda zitunganya umuceri ziwubagurira ku giciro gito (kitageze kuri 300 Frw), bikabashyira mu bihombo ugereranyije n’imbaraga baba barakoresheje bawuhinga. Hari […]
CAR yahakanye gukorana n’abakomando ba Wagner Group
Repubulika ya CentrAfrika (CAR) yahakanye gukorana n’ikigo cyigenga w’abakomando bo mu Burusiya cyitwa Wagner Group mu rugamba rwo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba by’imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwayo. Minisitiri w’Intebe wa CAR, Henri-Marie Dondra yatangarije igitangazamakuru Le Journal du Dimanche ko nta bakomando b’iki kigo bari mu gihugu nk’uko bimaze igihe kirekire bikekwa, bikanemezwa na bamwe. […]
Ikirego cy’umunyeshuri ushinja Dr Kayumba kugerageza kumusambanya ku ngufu cyateshejwe agaciro
Umucamanza mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro yatesheje agaciro ikirego cya Fiona Muthoni Ntarindwa wari umunyeshuri wa Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda, umushinja kugerageza kumusambanya ku ngufu mu mwaka w’2017. Iki kirego cyamenyekaniye bwa mbere mu ruhererekane rw’ubutumwa ku rubuga rwa Twitter muri Werurwe 2021 gitanzwe n’uwavuze ko ari inshuti ya Muthoni. Urwego rw’igihugu […]
SADC yafashe icyemezo cyo kugumisha ingabo zayo muri Mozambique
Umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, wamaze gufata icyemezo cyo kugumisha ingabo zayo mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama y’umutekano idasanzwe yahurije abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango, i Pretoria muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa 5 Ukwakira 2021. Iyi nama yateranye kugira ngo yemeze niba ubutumwa bw’izi […]
U Burundi bwakiriye impunzi 265 za mbere zaturutse muri Uganda

Leta y’u Burundi yakiriye impunzi za mbere z’Abarundi 265 zari zarahungiye muri Uganda mu 2015 ubwo igihugu cyari kirimo ibibazo by’umutekano muke waterwaga n’umwuka mubi wa politiki. Minisiteri y’ubutegetsi, umutekano n’iterambere ry’abaturage mu Burundi, yatangaje ko izi mpunzi (zirimo: abagabo, abagore n’abana) zakiriwe ku mupaka wa Kobero mu ntara ya Muyinga kuri uyu wa 4 […]
Nguyu umujyi utuyemo umuntu umwe rukumbi

Monowi ni umujyi uherereye muri Leta ya Nebraska muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), ukaba utuwe n’umuntu umwe rukumbi; umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko witwa Elsie Eiler. Uyu mujyi ufite ubuso bwa hegitari 54 (metero kare 540,000) wabaruwe mu mijyi igize Nebraska mu ibarura ryabaye mu 2010, ituyemo uyu mukecuru wenyine. Ariko iyi Monowi yigeze […]
Indege nini yaheze munsi y’ikiraro
Indege nini yari iy’ikigo cy’ubwikorezi bwo mu kirere cya Air India mu Buhinde yaheze munsi y’ikiraro mu murwa mukuru w’igihugu, New Delhi. BBC dukesha aya makuru ivuga ko iyi ndege yaheze muri iki kiraro ubwo yari itwariwe mu muhanda n’abayiguze nk’igikoresho kitagikora. Amashusho yashyizwe hanze n’umunyamakuru witwa Ashoke Raj, agaragaza imodoka ziri ku muhanda uri […]
Iherezo ry’ubutumwa bw’ingabo za SADC muri Cabo Delgado riregereje
Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SADC, uvuga ko ubutumwa bw’amahoro bw’ingabo zayo ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique buzwi nka SAMIM buzarangira tariki ya 15 Ukwakira 2021. Izi ngabo zatangiye kugera muri Mozambique tariki ya 21 Nyakanga 2021, nyuma y’icyemezo cyafatiwe mu nama y’umutekano yari yahuje abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango. Mu muhango […]
Abasirikare 3 barindaga Papa Francis basezeye kuko batemera gukingirwa Covid-19, abandi bahagaritswe
Abasirikare batatu bo mu mutwe wa Suiss Guards urinda Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, basezeye mu kazi kubera ko batemera gukingirwa icyorezo cya Covid-19, abandi batatu bahagarikwa by’agateganyo bazira kutikingiza mu buryo bwuzuye. Nk’uko tubikesha Rome Reports, Lt. Urs Breitenmoser uvugira Swiss Guard yatangaje ko abasirikare basezeye babikoze ku bushake, mu […]
Hahishuwe imitungo y’ibanga ya Perezida Uhuru Kenyatta n’umuryango we
Icukumbura rimaze ‘amezi menshi’ rikorwa n’abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye ku Isi barenga 600 bahuriye muri ICIJ (International Consortium of Investigative Journalists), ryagaragaje imitungo y’ibanga y’abategetsi bakomeye barimo Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta n’umuryango we. Igitangazamakuru cy’Abongereza The Guardian cyasohoye iri cukumbura mu izina rya ‘The Pandora Papers’ kivuga ko ryifashishije amakuru arimo akubiye mu nyandiko zirenga […]
Ibyihebe byantwariye umukobwa, byashoboka ko Abanyarwanda bamugarura_Umubyeyi wo muri Cabo Delgado
Umubyeyi wo mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique witwa Amina Abdullah avuga ko ibyihebe by’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah byamutwariye umukobwa ku buryo atazi niba akiriho, ariko akaba yizera ko abaye akiriho ingabo z’u Rwanda zamumushakira, zikamugarura. Uyu mubyeyi yabibwiye itangazamakuru ubwo yahungukaga nyuma y’amezi 8 avuye mu gace ka Quelimane yari […]
Hafashwe 13 bakorana na ADF, Idamange akatirwa 15, Uganda itangaza ko ikaza umutekano ku mupaka; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 27 Nzeri 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izirebana n’umutekano, ubutabera na politiki. Ni izikurikira: Abantu 13 bakorana na ADF bafatiwe mu Rwanda Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubugenzacyaha, RIB, tariki ya 1 Nzeri 2021 byatangaje ko byafashe abagabo 12 n’umugore umwe bakorana n’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa […]
Impunzi z’Abarundi ziba muri Uganda ziratangira gucyurwa
Minisiteri y’ubutegetsi, umutekano n’iterambere ry’abaturage mu Burundi yatangaje ko impunzi z’Abarundi ziba muri Uganda ziratangira gucyurwa. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko icyiciro cya mbere cy’izi mpunzi kirasesekara ku mupaka wa Kobero mu Ntara ya Muyinga, kuri uyu wa 4 Ukwakira 2021. Igikorwa cyo gucyura impunzi z’Abarundi ziba muri Uganda gikurikiye icyo gucyura izindi ziba mu […]
Algeria yakumiriye indege z’igisirikare cy’u Bufaransa mu kirere cyayo
Leta ya Algeria yafashe icyemezo cyo gukumira mu kirere cyayo indege z’igisirikare cy’u Bufaransa ziri muri operasiyo yiswe Barkhane igamije kurwanya ibikorwa by’iterabwoba mu karere ka Sahel. Nk’uko Le Figaro dukesha aya makuru yabitangaje, iki cyemezo cyamenyeshejwe abasirikare b’u Bufaransa, gituma indege ebyiri zabo zitwara ibikoresho zisubika ingendo. Gusa Umuvugizi w’ingabo z’u Bufaransa, Colonel Pascal […]
Cabo Delgado: Ingabo za SADC zirashaka kwifatanya na RDF mu kurwanya ibyihebe
Umuyobozi wungirije w’ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique (SAMIM), Brig. Gen. Dumizani Nzinge yatangaje ko bari gushaka uko bakwihuza n’ingabo z’u Rwanda (RDF) mu rugamba rwo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah. Gen. Nzinge yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo SABC yo muri […]
Kigali: Ibindi bitaro byigenga byahagaritswe
Minisiteri y’Ubuzima yategetse ibitaro byigenga bya MBC Hospital gufunga imiryango guhera tariki ya 6 Ukwakira 2021. The New Times dukesha aya makuru yatangarije kuri Twitter ko bitaro byahawe iri tegeko, bizira amakosa atandukanye. Ibi bitaro bigiye gufunga imiryango nyuma y’ibya Baho International Clinic biherutse gufungwa bizira serivisi mbi byahaga abakiriya, zatumye tariki ya 8 Nzeri […]
Igisubizo cya SADC ku mpamvu ingabo zayo zidatanga amakuru y’urugamba nk’uko RDF ibigenza
Ingabo z’umuryango w’akarere ka Afurika y’amajyepfo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique zagiye zinengerwa guceceka, ntizitange amakuru y’imigendekere y’urugamba zihanganyemo n’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah mu ntara ya Cabo Delgado. Abazinenze bashingiraga ku kuba ingabo z’u Rwanda ziri muri iyi ntara, zo zigerageza kuyatangaza, zivuga ibyo zimaze kugeraho n’imbogamizi zihura nazo. Mu byo […]
Burundi: Leta igiye kwirukana abayobozi bafite inshoreke
Minisitiri w’Ubutegetsi, umutekano n’iterambere mu Burundi; Gervais Ndirakobuca yafashe icyemezo cyo kwirukana abayobozi bafite abagore barenze umwe cyangwa se abafite inshoreke. Itangazo Ndirakobuca yashyize hanze rireba ba Guverineri b’intara n’abayobozi ba komini, yabamenyesheje ko umuyobozi agomba kubera abaturage icyitegererezo, akarangwa n’indangagaciro nziza zituma bakomeza kumugirira icyizere. Ni itangazo yatanze nyuma yo guhabwa amakuru y’uko hari […]
Cabo Delgado: Ingabo za SADC zivuganye umwe mu bayobozi b’ibyihebe
Ingabo z’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique, SAMIM, zemeje ko zivuganye umwe mu bayobozi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah mu karere ka Nangande, Rajab Awadhi Ndanjile uzwi nka Sheikh Dr Njile North. SAMIM mu itangazo yasohoye kuri uyu wa 2 Ukwakira, yavuze ko Sheikh Njile yiciwe mu gitero […]
Polisi na RIB byafashe abantu 13 bakekwaho gukorana n’umutwe wa ADF

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, byataye muri yombi abantu 13 bakekwaho gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Ubutumwa Polisi yatangarije rubuga rwa Twitter buvuga ko aba bantu bafatiwe mu mujyi wa Kigali, mu Karere ka Rusizi na Nyabihu bafite ibikoresho bivamo ibisasu bitabwa […]
Imana izatuburanira_Adeline Rwigara nyuma y’aho urukiko ruhagaritse cyamunara y’igorofa yabo
Umugore wa Assinapol Rwigara wari umunyemari ukomeye mu mujyi wa Kigali, Adeline Rwigara, yatangaje ko umuryango we witeguye gutsinda urubanza ruhagarika igurishwa mu cyamunara ry’igorofa yabo igeretse kane kuko ngo Imana bakorera izababuranira. Kuri uyu wa 30 Nzeri 2021 ni bwo Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi ruri i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge rwatesheje agaciro icyemezo urukiko […]
Bakutse umutima bakomeza gushakisha uwazimiye, yamaze kwiyunga na bo batabizi
Umugabo wari wazimiye witwa Beyhan Mutlu wo muri Turukiya mu buryo bwamutunguye yisanze yiyunze n’itsinda ry’abantu barimo abapolisi bamushakisha, abafasha kwishaka. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu mugabo w’imyaka 50 y’amavuko ku wa Kabiri w’iki cyumweru yafataga agacupa hamwe n’inshuti ze, nyuma y’aho (yaba yari yasinze) aza gutemberera mu ishyamba riherereye mu ntara ya […]
Kamonyi: Barindwi bari bitwaje intwaro gakondo bafashwe, abandi baracika
Polisi y’u Rwanda ikorera mirenge ya Rukoma na Ngamba mu Karere ka Kamonyi yataye muri yombi abantu barindwi bari hagati y’imyaka 28 na 60 bakekwaho kwiba abaturage bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro. Nk’uko urubuga rwa Polisi rwabitangaje, aba barimo bane: Kirezi Evode, Segatwa Martin, Niyigaba Jean Pierre, Sibomana Vianney na Twagirimana Gaspard bafatiwe mu Mudugudu […]
USA yemeje ko yivuganye icyihebe gikuru cya Al Qaeda
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) kivuga ko tariki ya 20 Nzeri 2021 cyivuganye icyihebe gikuru cy’umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda cyitwa Salim Abu-Ahmad. Salim wari ushinzwe gutegura ibikorwa bya Al Qaeda, ibikorwa by’iterankunga no kwemeza ibitero bigomba kugabwa mu karere k’ikigobe cya Perse, yiciwe mu gitero cya drone hafi y’agace ka Idlib […]
Umuhungu wa Museveni, Gen. Kainerugaba yasuye Uhuru Kenyatta
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni usanzwe ari umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, yasuye Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya. Ni uruzinduko yagiriye i Nairobi, avuye mu rw’akazi yagiriraga muri Somalia ahari ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AMISOM, kuva tariki ya 23 kugeza tariki ya 27 […]
Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cyo guteza cyamunara igorofa y’umuryango wa Rwigara
Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ubucuruzi cyo guteza cyamunara igorofa y’umuryango wa Rwigara Assinapol wabaye umunyemari ukomeye mu mujyi wa Kigali, igeretse kane. Ni nyuma yo kwakira ubujurire bw’uruganda Premier Tobaco Company Ltd rw’uyu muryango, busaba uru rukiko gutesha agaciro iki cyemezo cyari cyarafashwe mbere. Inkuru yerekeye icyemezo cyo guteza cyamunara iyi gorofa […]
Nicolas Salkozy wari warakatiwe, yahamijwe ikindi cyaha
Urukiko rwo mu Bufaransa kuri uyu wa Kane rwahamije Nicolas Salkozy wabaye Perezida ikindi cyaha cyo gushora amafaranga arenze ayemewe n’amategeko mu gikorwa cyo kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu. Ibyavuye mu iperereza ryatangiye kuva mu 2014 byagaragaje ko iki cyaha yagikoze ubwo yiyamamarizaga manda ya kabiri mu 2012, ahatanye na François Hollande wamutsinze. Ngo yakoresheje miliyoni […]
U Bwongereza mu nzira yo gukuriraho amabwiriza agoye abakingiriwe Covid-19 mu Rwanda
Ambasade y’Ubwami bw’u Bwongereza yaciye amarenga ko iki gihugu gishobora gukuraho amabwiriza akomeye agenga abagenzi bajyayo bikingirije icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda . Ni nyuma y’aho abenshi bagaragaje ko batanyuzwe n’icyemezo cya guverinoma y’u Bwongereza kivuga ko guhera tariki ya 4 Ukwakira 2021, abakingiwe iki cyorezo baturutse muri Afurika no mu bindi bihugu birimo ibya […]
Kicukiro: Umugore wacaga inyuma umugabo we yamataniye n’umusore ku gitanda

Umugore waciraga inyuma umugabo we muri icumbi (lodge) ahitwa Sodoma mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 29 Nzeri 2021 yafashwe yamataniye n’umusore ku gitanda basambaniragaho. Umugabo w’uyu mugore witwa Bagabobarabona yatangarije BTN TV dukesha iyi nkuru ko kumatana k’umugore we n’uyu musore ari we wabigizemo uruhare yifashishije […]
Umuturage yumva ko Perezida Hichilema yagombaga gusura u Rwanda mbere ya USA

Umuturage witwa Mudzithe Phiri yamenyesheje Perezida wa Repubulika ya Zambia, Hakainde Hichilema ko yumva yaragombaga gusura u Rwanda mbere y’ibindi bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Ni igitekerezo yatanze ku butumwa bwa Perezida Hichilema bwerekeye uruzinduko aherutse kugirira i New York muri USA ubwo yitabiraga inama ya 76 y’Inteko […]
Abifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo mu mashuri yisumbuye bahawe urubuga

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu rwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu rwego rw’ubuzima, HRHS, zafunguriye urubuga abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo. Itangazo rya REB ryo kuri uyu wa 29 Nzeri, risobanura ko gahunda ho kwigisha aya masomo izatangira mu mwaka w’amashuri w’2021/2022 (uratangira mu […]
Umuherwe Mo Dewji yeguye ku nshingano yo kuyobora Simba SC
Umuherwe ukomeye muri Tanzania wayoboraga ikipe y’umupira w’amaguru ya Simba Sports Club, Mohammed Dewji kuri uyu wa 29 Nzeri 2021 yatangaje ko yasezeye kuri iyi nshingano bitewe n’akandi kazi kenshi afite. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Dewji yamenyesheje abakunzi ba Simba SC ati; “Igihe kirageze ngo njyewe nka Mohammed, twakoze inama tariki ya 21/09/2021, twemeza […]