Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya – Perezida Ndayishimiye

f7hyk30w4aadloe.jpg

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aravuga ko hari abantu basigara bamwidogera bamuvuma iyo afashe urugendo agiye mu mahanga guhagarikira u Burundi. Kuri we, ngo abo basigara bamuvuma bamwidogera cyangwa bamutera ubwoba babireka kuko ashyigikiwe n’Imana. Ibi yabitangarije mu masengesho yabereye mu Ntara ya Gitega akunze gutegurwa n’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD buri wa Kane wa […]

Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA) yasobanuye iby’amajwi yagiye hanze yumvikanagamo avuga ko mu bubasha bwe, aha akazi abantu ashaka, akanirukana abo abatemeranya na we. Muri aya majwi, Prof. Harelimana yumvikana asaba uwitwa Ngwizinkindi Charles gufasha mugenzi we ElizafanI wari umugenzuzi w’imbere muri RCA, kuri ‘version ya kabiri’ y’ubugenzuzi yakoze kuri […]

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya Pakistan nk’uko igipolisi cyabitangarije BBC. Kuri uyu wa Gatanu, igisasu cyaturikiye hafi y’umusigiti wo mu majyepfo y’iburengerazuba bw’intara ya Balochistan ubwo abantu bateraniraga kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi. Polisi ikeka ko ari igitero cy’ubwiyahuzi cyibasiye igiterane cy’idini mu mujyi wa Mastung. Abayobozi […]

Le Rwanda reste préoccupé par la collaboration entre Kinshasa et FDLR

Le Rwanda reste «  profondĂ©ment prĂ©occupĂ© par la collaboration et l’armement continus des FDLR et des groupes armĂ©s autochtones par le gouvernement de Kinshasa  », a dĂ©clarĂ© le ReprĂ©sentant permanent du Rwanda auprĂšs des Nations Unies, l’Ambassadeur Claver Gatete. Les FDLR sont une force gĂ©nocidaire sanctionnĂ©e par l’ONU et formĂ©e par les cerveaux du gĂ©nocide […]

Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama n’umwe mu bahoze ari abayobozi bakuru b’ikigo cya Wagner ndetse bavugana uburyo imitwe y’abakorerabushake (abacanshuro) ishobora kurwanira muri Ukraine ariko Perezidansi (Kremlin) yavuze ko uyu mucanshuro kuri ubu akorera minisiteri y’ingabo. Iyi nkuru dukesha Reuters iravuga ko iyi nama yashimangiye uburyo Kremlin […]

USA yaburiye RDC ko itazagira amahoro mu gihe FARDC igikorana na FDLR

Ambasaderi Gatete yagaragaje ko u Rwanda ruhangayikishijwe n'ubufatanye bwa FARDC na FDLR

Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu Muryango w’Abibumbye (UN), Linda Thomas-Greenfield, yaburiye ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ko igihugu kitazagira amahoro n’umutekano mu gihe igisirikare cyacyo kigikorana n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda. Ibi Linda yabivugiye imbere y’akanama ka UN gashinzwe umutekano kuri uyu wa 28 […]

Amarangamutima yaganje Ambasaderi wa Zimbabwe wasanze Bigogwe imeze nk’iwabo

Ambasaderi wa Zimbabwe na Ngabo Karegeya

Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Prof. Charity Manyekure, yaganjwe n’amarangamutima ubwo yasuraga agace k’ubukerarugendo bushingiye ku bworozi bw’inka k’Ibereye rya Bigogwe, gahuza akarere ka Nyabihu na Rubavu. Uyu mudipolomate yasuye aka gace kuri uyu wa 28 Nzeri 2023 hamwe n’itsinda ryaturutse muri Zimbabwe. Bari baherekejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Rubavu, Ruhamyambuga Olivier. Mu byo yakoze […]

Ambassador of Zimbabwe very excited after Bigogwe tour

Ambassador Manyekure with 'cowboy' Ngabo, both enjoying the moment

September 28, 2023 (Nyabihu, Rubavu): The ambassador of Zimbabwe to Rwanda, Prof. Charity Manyekure, has expressed too much excitement after visiting Ibere rya Bigogwe tourism site in Western Province. The envoy has left Kigali for Bigogwe in today’s early morning to witness the remarkable view, activities and special customs of this place, popularly known for […]

Amerika yashyize miliyoni 5$ ku mutwe wa numero ya 2 muri Al Shabab

Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yashyizeho igihembo cy’amadorari agera kuri miliyoni 5 ku muntu uzatanga amakuru kuri Abukar Ali Adan, umuyobozi wungirije w’umutwe w’iterabwoba wo muri Somalia, al-Shabaab. “Kugera kuri Miliyoni 5 z’amadolari ku makuru kuri Abukar Ali Adan. Mudufashe kubona uyu muyobozi w’ingenzi w’iterabwoba. Mudufashe guhagarika uyu muyobozi w’iterabwoba,” Gahunda […]

Me Gamakolo aratabariza Depite Mwangachuchu wagaragaye agendera ku mbago

MaĂ Âźtre Thomas Gamakolo, umunyamategeko wunganira Depite à‰douard Mwangachuchu, ufungiye muri gereza ya gisirikare ya Ndolo, yatabaje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ayisaba gutabara umukiriya we urwaye. Umwunganizi wa Mwangachuchu avuga ko uyu, urwaye indwara z’umutima, atigeze abonana na muganga kuva yafungirwa muri Werurwe umwaka ushize muri gereza […]

REB yimye akazi abakandida benshi barushije abandi amanota, ‘ibima’ amatwi

Abagize muri 70% bakoze ibizamini muri Kanama 2023 bahawe akazi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bw’ibanze (REB) giherutse kwima akazi abakandida mu rwego rw’uburezi barushije abandi amanota, kandi ngo cyanze kubatega amatwi ngo gikemure ikibazo cyabo. Tariki ya 24 Nzeri 2023 ni bwo REB yatangaje ko yahaye akazi bamwe mu bakandida bari ku rutonde rw’abategereje (waiting list) rw’umwaka w’2021 n’2022 ndetse na bagenzi babo […]

Uganda: Umuyapani wahohotewe n’urubyiruko rwa NRM akajya muri coma byarangiye apfuye

Umu ‘consultant’ mu bijyanye n’ibikorwaremezo w’Umuyapani uherutse kugabwaho igitero mu muvundo w’imodoka mu gihugu cya Uganda akajya muri coma byarangiye apfuye nk’uko byahishuwe n’igipolisi kuri uyu wa Kane . Okira Ito, yapfuye ku Cyumweru nyuma y’ibyumweru bitatu ari muri coma mu Bitaro China-Uganda Friendship Hospital biherereye Naguru, i Kampala nk’uko tubikesha Daily Monitor. Ito wakoreraga […]

Kutiteranya biri gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gitsina: RIB

RIB ubwo yasobanuriraga abaturage serivisi za Isange One Stop Center

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, ruravuga ko ingeso yo kwanga kwiteranya iri mu bitiza umurindi ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina. Ibi byavuzwe na Njangwe Jean Marie Vianney uyobora ishami ry’ububiko bw’ibirego n’iyandikwa ryabyo muri RIB kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 ubwo uru rwego rwakomezaga igikorwa cyo kwegereza ibiro ngendanwa abatuye mu murenge wa Rongi […]

U Rwanda rwinjiye mu Masezerano ya Loni y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa

Mu kwinjira muri aya Masezerano y’Umuryango w’Abibumbye ku masezerano (contracts) y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa (CISG), u Rwanda rubaye igihugu cya 97 kiyinjiyemo. Amasezerano azatangira gukurikizwa mu Rwanda ku itariki ya 1 Ukwakira 2024. CISG ishyiraho amategeko yuzuye agenga amategeko agenga ishyirwaho ry’amasezerano y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa, inshingano z’umuguzi n’ugurisha, ibihano byo kutubahiriza amasezerano, n’ibindi bijyanye n’amasezerano. Itanga […]

Rwandan doctor’s inspiring story

Rwanda’s first paediatric cardiac centre being established by the King Faisal Hospital, SACH and the Rwandan government; will become a treatment hub for sub-Saharan Africa. Born into a “good family” in Rwanda, Dr Lise Mumporeze was six years old when her entire family was killed in the genocide perpetrated against the Tutsi people in 1994. […]

NATO irashinjwa uruhare mu gitero cyibasiye icyicaro cy’amato y’u Burusiya

storm-shadow-cruise-missile.webp

U Burusiya bwashinje ibihugu by’Uburengerazuba by’inshuti za Ukraine gufasha mu gutegura no gushyira mu bikorwa igitero cya misile ku cyicaro gikuru cy’amato y’u Burusiya muri Crimea ku Nyanja y’Umukara mu cyumweru gishize. Amakuru ataremezwa avuga ko misile zo mu bwoko bwa Storm Shadow, Ukraine yahawe n’u Bwongereza n’u Bufaransa, zakoreshejwe mu gitero cya misile cyagabwe […]

Kabarebe nommĂ© SecrĂ©taire d’à‰tat aux Affaires Ă©trangĂšres

Le gĂ©nĂ©ral (à  la retraite) James Kabarebe est le nouveau ministre d’à‰tat aux Affaires Ă©trangĂšres du Rwanda, chargĂ© de la coopĂ©ration rĂ©gionale. Il remplace Manasseh Nshuti qui a Ă©tĂ© nommĂ© conseiller principal à  la prĂ©sidence en charge des missions spĂ©ciales. Le prĂ©sident Paul Kagame a procĂ©dĂ© mercredi 27 septembre à  plusieurs nominations. Kabarebe, un gĂ©nĂ©ral […]

Rusizi: Umwarimu ukekwaho gutorokana amafaranga 1.776.500 yafashwe

Nahimana ubwo yafatwaga yakuwemo inkweto

Nyuma y’amezi 3,5 yihishahisha,ashakishwa n’ubutabera, mwarimu Nahimana ThĂ©ogĂšne ukekwaho gutorokana amafaranga 1.776.500 ya bagenzi be babanaga mu kimina muri GS Cyato, umurenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi, ubuyobozi bw’aka karere buremeza ko yatawe muri yombi amaze kwishyikiriza abarimu bagenzi be n’ubuyobozi bw’umurenge wa Nyakarenzo, afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Nyakarenzo. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe na […]

FARDC iremeza ko M23 yisubije uduce twinshi

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko umutwe witwaje wa M23 wisubije ibice byinshi muri teritwari ya Masisi n’iya Nyiragongo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Itangazo ryashyizwe hanze n’Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col. Guillaume Ndjike Kaiko, kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 yatangaje ko M23 yasubiye mu duce turimo: […]

Azerbaijan yafashe uwayoboraga Nagorno-Karabakh washaka guhungira muri Armenia

Azerbaijan yataye muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Nagorno-Karabakh ubwo yageragezaga kuva muri ako gace ahungira muri Armenia. Ruben Vardanyan, umucuruzi wayoboye kuva mu Gushyingo 2022 kugeza muri Gashyantare guverinoma y’akarere ka Nagorno-Karabakh gatuwe cyane n’abaturage bafite inkomoko muri Armenia gashaka kwitandukanya na Azerbaijan kuva mu Gushyingo 2022, yari mu bihumbi by’abaturage bagerageje kuhava. Muri […]

Gen (Rtd) James Kabarebe yahawe imirimo mishya

Perezida Paul Kagame yakoze impinduka zasize ashyizeho abayobozi batandukanye muri Guverinoma, barimo Gen (Rtd) James Kabarebe wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ubutwererane bw’akarere. Kabarebe wari umaze igihe ari umujyanama w’Umukuru w’Igihugu mu bya gisirikare n’umutekano, yabisikanye na Prof Nshuti Manasseh basimburanye. Mu zindi mpinduka ni uko Dr Francis Gatare yagizwe Umuyobozi […]

Mukuralinda aremeza ko ibihano bya USA ku Rwanda bitazahungabanya RDF

Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ibihano ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) buherutse gufatira u Rwanda bitazagira icyo bihungabanya ku gisirikare cyarwo, RDF. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda nyuma y’aho mu cyumweru gishize Leta ya USA ishyize iki gihugu ku rutonde rw’ibihugu 19 bushinja gukoresha abana […]

Koreya ya Ruguru yirukanye umusirikare wa Amerika ivuga ko yahahungiye

Abayobozi baravuga ko umusirikare wa Amerika, Travis King, wahungiye muri Koreya ya Ruguru muri Nyakanga, ari mu maboko ya Amerika nyuma yo kwirukanwa na Pyongyang. Kuri uyu wa Gatatu, igitangazamakuru cya Leta, KCNA, cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yafashe icyemezo cyo kwirukana umusirikare w’Umunyamerika, Travis King, wavuze ko yemeye kwinjira muri iki gihugu mu buryo […]

Rutshuru: Uganda iravugwaho kwiyomekaho igice cya Gurupoma ya Busanza

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Nzeri, abaturage bo muri Gurupoma ya Busanza, Teritwari ya Rutshuru, batangaje ko Uganda yiyometseho igice cy’ubutaka bwabo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko igice cyometswe kuri Uganda giherereye mu Mudugudu wa Mungo, hafi ya Bunagana. Bamwe bavuga ko hari igikorwa cyo kwimura imbago zigaragaza umupaka gikomeje kuva […]

Rwanda yaandaa mkutano wa awali wa maandalizi ya mazoezi ya majeshi ya EAC

f684fo3weaa6eai-2.jpg

Vikosi vya Wanajeshi wa Jumuiya ya Afrika Mashariki, askari polisi, Magereza, Uhamiaji na wajumbe wa raia wameanza Kongamano la Siku tatu la Mipango ya awali (IPC) kwa ajili ya Zoezi la Mafunzo ya Vikosi vya Wanajeshi wa Jumuiya ya Afrika Mashariki (FTX) USHIRIKIANO IMARA 2024. Mkutano huo unafanyika Nyamata, Wilaya ya Bugesera, na kuhudhuriwa na […]

M23 yatangaje ko gushoza intambara kwa Tshisekedi ari ibyago kuri we

Umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 urabona ko gusubira mu gace ka Mushaki kw’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, no gutangaza intambara k’ubutegetsi bw’iki gihugu kuzabukururira ibyago. FARDC yatangiye gusubira muri Mushaki tariki ya 22 Nzeri 2023 ubwo Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru akaba n’umuyobozi w’ibikorwa bya gisirikare, Gen. Maj. Peter Cirimwami, yasuraga aka […]

Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko abapolisi barimo CG Emmanuel Gasana

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’u Rwanda, yohereje mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi bo ku rwego rwa ba Komiseri barimo CG Emmanuel Gasana wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda. Gasana yayoboye Polisi y’u Rwanda kugeza muri 2018, mbere yo kugirwa Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburasirazuba. Amakuru y’uko yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru yemejwe […]

Trump ashobora gutakaza ibyemezo byo gukorera ubucuruzi muri Amerika

Umucamanza wa New York yasanze Donald Trump n’ubucuruzi bw’umuryango we barongereye mu buryo bw’uburiganya agaciro k’umutungo we n’indi migabane, ibintu bishobora gutuma uwahoze ari Perezida wa Amerika atakaza uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mu gihugu. Icyemezo gikaze cyatanzwe n’umucamanza Arthur Engoron wo mu rukiko rwa leta ya New York i Manhattan kizorohereza umushinjacyaha mukuru wa Leta […]

Le Rwanda accueille la confĂ©rence de planification initiale de l’exercice des forces armĂ©es de l’EAC

f684fo3weaa6eai.jpg

Les dĂ©lĂ©guĂ©s des forces armĂ©es, des policiers, des prisons, de l’immigration et des civils des à‰tats membres de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) ont entamĂ© mardi une confĂ©rence de planification initiale (IPC) de trois jours pour l’exercice d’entraĂ Âźnement sur le terrain des forces armĂ©es de l’EAC (FTX) USHIRIKIANO IMARA 2024. La confĂ©rence se tient […]

PAC irahamya ko idafite ububasha bwo gutegeka ko ‘abanyamakosa’ bafungwa

Muhakwa Valens uyobora PAC

Perezida wa komisiyo mu nteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC), Muhakwa Valens, aravuga ko idafite ububasha bwo gutegeka ko abakozi cyangwa abayobozi bagaragaraho amakosa bafungwa. Ibi Muhakwa yabivuze nyuma y’ibyumweru bibiri birengaho iminsi PAC imaze ibaza ibigo bya Leta na za Minisiteri ku makosa yagaragajwe na raporo z’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya […]

Muhanga: Ushinjwa kwiba toni 10 za sima yavuze ko yabitewe n’inzara

Kabega Harindintwali Ignace uri imbere muri batatu bashinjwa kwiba toni 10 za sima mu ruganda rw’Abashinjwa rwa Anjia ruherutse gufungurwa mu Rwanda, yemeye ko yabikoze, asobanura yabitewe n’inzara. Nk’uko Imvaho Nshya yabitangaje, Kabega na bagenzi be (Habagusenga Uzzia na Kabanza Richard) bagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu karere ka Muhanga kuri uyu wa […]

Umunyarwandakazi aravuga ko yatwise kandi atarasambanye

Munganyinka Denise wo mu ntara y’Iburasirazuba aravuga ko ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko yatwise, arabyara, kandi atarigeze asambana cyangwa ngo asambanywe. Uyu mukobwa w’imyaka 19 mu kiganiro yagiriye kuri Radio/TV10, yagize ati: “N’ubwo nari mutoya, nabashije kwirwanirira mo gake. Mu kwirwanirira kwanjye rero, iyo mba narasobanukiwe ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, nta n’ubwo inda natwaye mba […]

Perezida Kagame ku rutonde rw’abantu 50 batanga icyizere muri Afurika

capture-39.jpg

Abantu 3 ba mbere “batanga icyizere cyane muri Afurika” barahindutse gato mu mezi arindwi ashize nyuma yo gushyira ahagaragara verisiyo ya mbere. Umwanditsi wo muri Senegal yazamutse ku mwanya wa 3 ku rutonde rwashyizwe ahagaragara n’Ikinyamakuru Agence Ecofin. Uyu mwanditsi wo muri Senegal, Fatou Diome, yazamutse ava ku mwanya wa 10 agera ku mwanya wa […]

Irak: Inkongi y’umuriro yibasiye ahaberaga ubukwe yahitanye byibuze 100

Byibuze abantu 100 bapfuye abandi 150 barakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yadutse mu birori by’ubukwe mu majyaruguru ya Irak. Abantu amagana n’amagana bari mu munsi mukuru ahitwa Al-Hamdaniya, mu Ntara ya Nineve mu majyaruguru ya Irak, ubwo inkongi y’umuriro yadukaga aho waberaga mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ushize. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko […]

Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za NuclĂ©aire

Raporo yo muri Afurika y’Iburasirazuba ivuga ko Kenya ifite intego yo gutangiza iyubakwa ry’uruganda rukora ingufu za NuclĂ©aire rwa mbere mu 2027. Umuyobozi w’agateganyo w’ikigo gishinzwe ingufu za kirimbuzi (NuPEA) Justus Wabuyabo yatangarije ikinyamakuru Business Daily ko iki kigo cyateguye gahunda yo gutanga amasoko mpuzamahanga yo kubaka ayo masoko haba mu ntara za Kilifi cyangwa […]

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro – Suella Braverman

Umunyamabanga ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu w’u Bwongereza yagarutse ku ishingiro ry’amategeko agenga ubuhunzi agezweho mu ijambo yavugiye i Washington. Suella Braverman kuri uyu wa Kabiri ushize yari yiteguye kugaruka ku mategeko mpuzamahanga yo kurengera impunzi i Washington avuga ko “kuba umutinganyi, cyangwa umugore” bidahagije kugirango umuntu yemererwe ubuhunzi cyangwa (international protection). Guverinoma y’u Bwongereza […]

Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye Umuyobozi mushya w’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi (TANESCO) ko nyuma y’amezi atandatu atazongera kumva abaturage bataka ngo umuriro wabuze. Ibi yabivuze kuri uyu wa 26 Nzeri 2023 ubwo yakiraga indahiro ya Boniface Gissima Nyamo-Hanga yagize Umuyobozi w’agateganyo wa TANESCO, amusimbuje Maharage Chande wahawe izindi nshingano. Perezida Samia […]

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera mu 10 afungwa iminsi 30 y’agateganyo, akazajya aburana mu mizi ataha mu igororero (ryitwaga gereza). Icyemezo cyo kohereza Kazungu mu igororero kirashingira ku buremere bw’ibyaha aregwa ndetse no kuba hari ibikomenyetso bikomeye bituma akekwaho kubikora, cyane ko na we yemereye mu rukiko ko […]

A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital was taken in Iran

b4b9edc75db7057f3d7779c43b342163.jpg

A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital is circulating virally on Facebook. Internet users who share this photo, where we see traditional houses built on the side of a mountain evoking a certain deprivation, accuse the “Western media” of hiding this aspect of Rwanda. Please note, this image has no link […]

L’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives sera au tribunal mercredi

Le tribunal de premiĂšre instance de Nyarugenge doit ouvrir mercredi 27 septembre l’audience prĂ©alable à  la dĂ©tention dans l’affaire Jean-Bosco Harelimana, l’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives (RCA). Harelimana est soupà§onnĂ© de crimes, notamment de non-respect des procĂ©dures d’appel d’offres et d’abus de ressources publiques. Selon Thierry Murangira, porte-parole du Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda […]

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

230925-viktor-sokolov-al-0742-4aca29.webp

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu bayobozi b’igisirikare cyo mu mazi cy’u Burusiya, Admiral Viktor Sokolov, yagaragaye kuri uyu wa Kabiri yitabiriye inama yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga, nyuma y’umunsi umwe ingabo zidasanzwe za Ukraine zivuze ko zamwishe. Mu mashusho n’amafoto yashyizwe ahagaragara na minisiteri y’ingabo y’u Burusiya, bigaragara […]

Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira kuburanisha Jean-Bosco Harelimana wahoze ari umuyobozi w’ikigo gishinzwe amakoperative mu Rwanda (RCA) ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Harelimana akekwaho ibyaha birimo kutubahiriza amabwiriza agenga itangwa ry’amasoko ya leta no gukoresha nabi umutungo wa Leta. Nk’uko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi w’ikigo gishinzwe ubugenzacyaha […]

Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru

Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cy’inzererezi cya Tongati mu karere ka Karongi yagaragaje uburyo mu bihe bitandukanye yagiye “agerekwaho ibyaha”, azira uburyo yakoragamo umwuga w’itangazamakuru. Ngoboka mu kiganiro yagiriye kuri Radio/TV 10, yasobanuye ko byatangiye ashinjwa gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe. Ati: “Njyewe baraje iwanjye, barankomangira, bambwira bati ‘Sohoka!’, […]

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Mu minsi ishize, Umuyobozi w’agateganyo w’Inkeragutabara mu ntara y’Amajyaruguru, Lieutenant Colonel Higiro Vianney, yumvikanye avuga ko ‘inzererezi z’abanyamahanga’ zigaragaza ko zicuruza inkweto kandi zicuruza imiti y’ubugabo zigomba gufatwa. Uyu musirikare yabwiye abaturage b’i Musanze ati: “Inzererezi z’abanyamahanga zabinjiye mo hano, zirirwa zicuruza imiti zibabwira ko zitanga imiti y’ubugabo. Ntimubazi? Zirirwa zitanga ngo urubyaro, bakirirwa bagendana […]

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Umutwe mushya witwa UFPC (Union de force de la dĂ©fense patriotique congolaise) uherutse gushingirwa muri Nyiragongo ugamije gukubita inshuro M23, wakoze imirwano yawo ya mbere mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, ariko urwana n’undi mutwe w’inyeshyamba utari M23. Iyo mirwano n’ubundi yabereye muri Nyiragongo, mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma mu ijoro […]

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Bob Menendez, yahakaniye imbere y’itangazamakuru icyaha cyo kwakira ruswa kugira ngo akoreshe ububasha afite mu buryo buryo bunyuranyije n’amategeko. Tariki ya 22 Nzeri 2023 ni bwo ubushinjacyaha bwa New York bwareze Menendez mu rukiko rwa Manhattan, nyuma yo gushyikirizwa ibyavuye […]

Amerika nayo yemeje ko igiye gukura ingabo zayo muri Niger

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko zigiye gukura ingabo zayo muri Niger nyuma y’uko Ubufaransa butangaje ko bugiye kuhakura ingabo zabwo nk’uko byasabwe na Leta n’abaturage muri iki gihugu. Ibi byagarutsweho na Lloyd Austin umunyamabanga wa Leta mu bya Gisirikare, aho yavuze ko harimo gukoreshwa inzira y’ibiganiro ngo impande zombi zumvikane uko iki gikorwa […]

Umuyobozi wa RPPA yasabye ko abakozi ba Leta batiye amasezerano bafungwa

Muhakwa Valens uyobora PAC

Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amasoko (RPPA), Uwingeneye Joyeuse, arasaba ko abakozi bo mu bigo bya Leta batiye amasezerano ashingiye ku masoko batanze ko bafungwa. Iki kibazo cyagaragaye mu ibazwa ry’abakozi b’inzego zitandukanye ubwo bitabaga komisiyo y’abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC. Perezida wa PAC, Muhakwa Valens, yasobanuye ko ikibazo cyo gutira amasezerano […]

Dore ibyo Tshisekedi yemereye Kabila kugirango amuhe ubutegetsi

f62m6rlwcaarzal.jpg

Amakuru atandukanye ku masezerano Perezida Tshisekedi yagiranye n’uwo yasimbuye, Joseph Kabila kugirango agere ku butegetsi akomeje kujya ku karubanda, aho nyuma yo kumwita umubeshyi nyuma y’ibyo aherutse gutangariza i New York anyomoza ayo masezerano, kuri ubu Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’amatora yashyize ahagaragara ikimenyetso cy’ibyo avuga. Nyuma y’aho kuri iki Cyumweru, Corneille […]

Somalia: Nibura abarwanyi 70 ba al Shabab bishwe n’igisirikare

Nibura abaterabwoba 70 ba al-Shabaab bishwe ku Cyumweru mu gikorwa cya gisirikare cyakozwe n’ingabo z’igihugu cya Somaliya gishyigikiwe n’imitwe yitwara gisirikare yo mu majyaruguru yo hagati mu Ntara ya Mudug. Izo ngabo zagabye igitero ku bwihisho bw’inyeshyamba za al-Shabaab n’ahantu ziteranira mu mujyi wa Aad nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga. Nk’uko byatangajwe na […]

Amajyaruguru: Guverineri yamenyesheje abinubira ihenda ry’ibirayi ko n’abahinzi bakwiye kunguka

Guverineri w’intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahune Maurice, yamenyesheje abavuga ko ibirayi byo mu turere nka Musanze bihenda ko n’abahinzi baba babyo baba bakwiye gukuramo inyungu ijyanye n’imbaraga baba barakoresheje babihinga. Ibi yabitangarije kuri Primo Media Rwanda ubwo umunyamakuru yamubwiraga ko bivugwa ko muri iki gihe ibirayi by’i Musanze hafatwa nk’ikigega cyabyo mu gihugu bihenze kurusha ibiri ku […]

U Bufaransa bwemeye gukura ingabo zabwo muri Niger

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye giteganya gukura ingabo zacyo muri Niger mu mezi cyangwa ibyumweru biri imbere. Ibi Macron yabitangaje kuri uyu wa 24 Nzeri 2023 nyuma y’igihe gito atangaje ko u Bufaransa budashobora kubahiriza icyifuzo cy’abasirikare ba Niger bahiritse ubutegetsi bwa Mohamed Bazoum basabye izi ngabo kuva mu gihugu cyabo. […]

Sudani y’Epfo: Umushoferi w’Umunyakenya n’uw’Umurundi bishwe

Kuri uyu wa Gatandatu, mu gace ka Yei, muri Sudani y’Epfo, umushoferi w’ikamyo wo muri Kenya yarashwe aricwa maze ikamyo yari atwaye iratwikwa ubwo abantu bitwaje intwaro batamenyekanye bagabaga igitero ku makamyo ya UNICEF. Undi mushoferi ukomoka mu Burundi yatakaje ubuzima muri icyo gitero, mu gihe umushoferi wa gatatu yakomeretse bikomeye. Abahohotewe batwaraga ibikoresho byatanzwe […]

U Burundi bwahakanye amakuru y’umwuka mubi uvugwa mu butegetsi

Leta y’u Burundi yahakanye amakuru y’umwuka mubi uvugwa mu bakomeye ku butegetsi barimo Umukuru w’Igihugu, Evariste Ndayishimiye, Minisitiri w’Intebe Gervais Ndirakobuca, ubuyobozi bukuru bw’ishyaka riri ku butegetsi n’ubuyobozi bukuru bw’igisirikare. Hamaze iminsi havugwa amakuru y’uko Perezida Ndayishimiye yashatse kwirukana Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Burundi, Lt Gen. Prime Niyongabo, Ndirakobuca yanga gusinya kuri iki cyemezo. Byavuzwe […]

Norvege: Minisiteri y’ubutabera irasuzuma niba Gasana yakohererezwa u Rwanda

Umugabo wafatiwe mu gihugu cya Norvege ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda kubera uruhare akekwaho kugira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ashobora koherezwa i Kigali nk’uko byatangajwe n’Igipolisi cya Norvege. Uyu mugabo Francois Gasana uri mu kigero cy’imyaka 40, yafatiwe mu murwa mukuru wa Norvege, Oslo, ubu hagiye gushira umwaka nyuma y’impapuro zo kumuta muri yombi […]

Icyihebe cya ADF cyacuze umugambi w’ibitero by’iterabwoba ku Rwanda cyishwe

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko Meddie Nkalubo wari mu barwanyi bakuru b’umutwe w’iterabwoba wa ADF ari umwe mu biciwe mu gitero cy’indege ingabo z’iki gihugu cyagabye ku birindiro byawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo tariki ya 16 Nzeri 2023. Iki gitero cyo mu ntera y’ibilometero biri hagati y’100 n’150 cyifashishije […]

Inkongi y’umuriro yibasiye iduka yahitanye abantu 35 muri Benin

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, byibuze abantu 35 biciwe mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Benin nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye mu iduka aho abatangabuhamya bavuze ko intandaro ari peteroli yari iri gupakururwa, nk’uko uhagarariye minisiteri y’ubutabera yabitangaje. Inkongi y’umuriro yadutse ku isaha ya saa 0930 ku isaha yo muri Benin mu gace ka Seme-Podji, hafi y’umupaka na […]