Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya – Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aravuga ko hari abantu basigara bamwidogera bamuvuma iyo afashe urugendo agiye mu mahanga guhagarikira u Burundi. Kuri we, ngo abo basigara bamuvuma bamwidogera cyangwa bamutera ubwoba babireka kuko ashyigikiwe n’Imana. Ibi yabitangarije mu masengesho yabereye mu Ntara ya Gitega akunze gutegurwa n’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD buri wa Kane wa […]
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana Jean Bosco wayoboye ikigo cyâigihugu gishinzwe amakoperative (RCA) yasobanuye ibyâamajwi yagiye hanze yumvikanagamo avuga ko mu bubasha bwe, aha akazi abantu ashaka, akanirukana abo abatemeranya na we. Muri aya majwi, Prof. Harelimana yumvikana asaba uwitwa Ngwizinkindi Charles gufasha mugenzi we ElizafanI wari umugenzuzi wâimbere muri RCA, kuri âversion ya kabiriâ yâubugenzuzi yakoze kuri […]
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya Pakistan nk’uko igipolisi cyabitangarije BBC. Kuri uyu wa Gatanu, igisasu cyaturikiye hafi yâumusigiti wo mu majyepfo yâiburengerazuba bwâintara ya Balochistan ubwo abantu bateraniraga kwizihiza ivuka ryâIntumwa Muhamadi. Polisi ikeka ko ari igitero cy’ubwiyahuzi cyibasiye igiterane cyâidini mu mujyi wa Mastung. Abayobozi […]
Le Rwanda reste préoccupé par la collaboration entre Kinshasa et FDLR
Le Rwanda reste « profondĂ©ment prĂ©occupĂ© par la collaboration et lâarmement continus des FDLR et des groupes armĂ©s autochtones par le gouvernement de Kinshasa  », a dĂ©clarĂ© le ReprĂ©sentant permanent du Rwanda auprĂšs des Nations Unies, lâAmbassadeur Claver Gatete. Les FDLR sont une force gĂ©nocidaire sanctionnĂ©e par lâONU et formĂ©e par les cerveaux du gĂ©nocide […]
Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin
Kuri uyu wa Gatanu, Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama nâumwe mu bahoze ari abayobozi bakuru bâikigo cya Wagner ndetse bavugana uburyo imitwe yâabakorerabushake (abacanshuro) ishobora kurwanira muri Ukraine ariko Perezidansi (Kremlin) yavuze ko uyu mucanshuro kuri ubu akorera minisiteri yâingabo. Iyi nkuru dukesha Reuters iravuga ko iyi nama yashimangiye uburyo Kremlin […]
USA yaburiye RDC ko itazagira amahoro mu gihe FARDC igikorana na FDLR

Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu Muryango wâAbibumbye (UN), Linda Thomas-Greenfield, yaburiye ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ko igihugu kitazagira amahoro n’umutekano mu gihe igisirikare cyacyo kigikorana nâumutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya Leta yâu Rwanda. Ibi Linda yabivugiye imbere yâakanama ka UN gashinzwe umutekano kuri uyu wa 28 […]
Amarangamutima yaganje Ambasaderi wa Zimbabwe wasanze Bigogwe imeze nkâiwabo

Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Prof. Charity Manyekure, yaganjwe nâamarangamutima ubwo yasuraga agace kâubukerarugendo bushingiye ku bworozi bwâinka kâIbereye rya Bigogwe, gahuza akarere ka Nyabihu na Rubavu. Uyu mudipolomate yasuye aka gace kuri uyu wa 28 Nzeri 2023 hamwe nâitsinda ryaturutse muri Zimbabwe. Bari baherekejwe nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wâakarere ka Rubavu, Ruhamyambuga Olivier. Mu byo yakoze […]
Ambassador of Zimbabwe very excited after Bigogwe tour

September 28, 2023 (Nyabihu, Rubavu): The ambassador of Zimbabwe to Rwanda, Prof. Charity Manyekure, has expressed too much excitement after visiting Ibere rya Bigogwe tourism site in Western Province. The envoy has left Kigali for Bigogwe in todayâs early morning to witness the remarkable view, activities and special customs of this place, popularly known for […]
Amerika yashyize miliyoni 5$ ku mutwe wa numero ya 2 muri Al Shabab
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri yâububanyi nâamahanga ya Amerika yashyizeho igihembo cyâamadorari agera kuri miliyoni 5 ku muntu uzatanga amakuru kuri Abukar Ali Adan, umuyobozi wungirije wâumutwe wâiterabwoba wo muri Somalia, al-Shabaab. âKugera kuri Miliyoni 5 z’amadolari ku makuru kuri Abukar Ali Adan. Mudufashe kubona uyu muyobozi w’ingenzi w’iterabwoba. Mudufashe guhagarika uyu muyobozi w’iterabwoba,” Gahunda […]
Me Gamakolo aratabariza Depite Mwangachuchu wagaragaye agendera ku mbago
MaĂ Âźtre Thomas Gamakolo, umunyamategeko wunganira Depite Ă â°douard Mwangachuchu, ufungiye muri gereza ya gisirikare ya Ndolo, yatabaje kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ayisaba gutabara umukiriya we urwaye. Umwunganizi wa Mwangachuchu avuga ko uyu, urwaye indwara z’umutima, atigeze abonana na muganga kuva yafungirwa muri Werurwe umwaka ushize muri gereza […]
CYAMUNARA YA MOTO

itangazo_rya_cyamunara_y_ibinyabiziga_2_.pdf
Rwanda yakubali Mkataba wa Umoja wa Mataifa wa Mikataba ya Uuzaji wa Kimataifa wa Bidhaa
Kwa kujiunga na Mkataba wa Umoja wa Mataifa wa Mikataba ya Uuzaji wa Kimataifa wa Bidhaa (CISG), Rwanda inakuwa Nchi Mshiriki wa 97 kwenye Mkataba huo. Mkataba huo utaanza kutumika kwa Rwanda tarehe 1 Oktoba 2024. CISG huweka kanuni za kina za sheria zinazosimamia uundaji wa mikataba ya uuzaji wa kimataifa wa bidhaa, majukumu ya […]
Date set for Supreme Court hearing on Rwanda as Sunak braced for cabinet civil war
A date has been set for the Supreme Court hearing on the UK’s plan to send migrants to Rwanda. But Rishi Sunak is braced for a cabinet civil war if the courts block the plan, as the Prime Minister would then have to weigh up whether or not to withdraw from the European Court of […]
REB yimye akazi abakandida benshi barushije abandi amanota, âibimaâ amatwi

Ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bwâibanze (REB) giherutse kwima akazi abakandida mu rwego rwâuburezi barushije abandi amanota, kandi ngo cyanze kubatega amatwi ngo gikemure ikibazo cyabo. Tariki ya 24 Nzeri 2023 ni bwo REB yatangaje ko yahaye akazi bamwe mu bakandida bari ku rutonde rwâabategereje (waiting list) rwâumwaka wâ2021 nâ2022 ndetse na bagenzi babo […]
Uganda: Umuyapani wahohotewe n’urubyiruko rwa NRM akajya muri coma byarangiye apfuye
Umu ‘consultant’ mu bijyanye n’ibikorwaremezo w’Umuyapani uherutse kugabwaho igitero mu muvundo w’imodoka mu gihugu cya Uganda akajya muri coma byarangiye apfuye nk’uko byahishuwe n’igipolisi kuri uyu wa Kane . Okira Ito, yapfuye ku Cyumweru nyuma y’ibyumweru bitatu ari muri coma mu Bitaro China-Uganda Friendship Hospital biherereye Naguru, i Kampala nk’uko tubikesha Daily Monitor. Ito wakoreraga […]
Kutiteranya biri gutiza umurindi ihohoterwa rishingiye ku gitsina: RIB

Urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, ruravuga ko ingeso yo kwanga kwiteranya iri mu bitiza umurindi ibyaha byâihohotera rishingiye ku gitsina. Ibi byavuzwe na Njangwe Jean Marie Vianney uyobora ishami ryâububiko bwâibirego nâiyandikwa ryabyo muri RIB kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 ubwo uru rwego rwakomezaga igikorwa cyo kwegereza ibiro ngendanwa abatuye mu murenge wa Rongi […]
U Rwanda rwinjiye mu Masezerano ya Loni y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa
Mu kwinjira muri aya Masezerano yâUmuryango wâAbibumbye ku masezerano (contracts) y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa (CISG), u Rwanda rubaye igihugu cya 97 kiyinjiyemo. Amasezerano azatangira gukurikizwa mu Rwanda ku itariki ya 1 Ukwakira 2024. CISG ishyiraho amategeko yuzuye agenga amategeko agenga ishyirwaho ry’amasezerano y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa, inshingano z’umuguzi n’ugurisha, ibihano byo kutubahiriza amasezerano, n’ibindi bijyanye n’amasezerano. Itanga […]
Rwandan doctorâs inspiring story
Rwanda’s first paediatric cardiac centre being established by the King Faisal Hospital, SACH and the Rwandan government; will become a treatment hub for sub-Saharan Africa. Born into a âgood familyâ in Rwanda, Dr Lise Mumporeze was six years old when her entire family was killed in the genocide perpetrated against the Tutsi people in 1994. […]
NATO irashinjwa uruhare mu gitero cyibasiye icyicaro cy’amato y’u Burusiya

U Burusiya bwashinje ibihugu byâUburengerazuba by’inshuti za Ukraine gufasha mu gutegura no gushyira mu bikorwa igitero cya misile ku cyicaro gikuru cyâamato yâu Burusiya muri Crimea ku Nyanja y’Umukara mu cyumweru gishize. Amakuru ataremezwa avuga ko misile zo mu bwoko bwa Storm Shadow, Ukraine yahawe n’u Bwongereza n’u Bufaransa, zakoreshejwe mu gitero cya misile cyagabwe […]
Kabarebe nommĂ© SecrĂ©taire d’Ă â°tat aux Affaires Ă©trangĂšres
Le gĂ©nĂ©ral (Ă Â la retraite) James Kabarebe est le nouveau ministre d’Ă â°tat aux Affaires Ă©trangĂšres du Rwanda, chargĂ© de la coopĂ©ration rĂ©gionale. Il remplace Manasseh Nshuti qui a Ă©tĂ© nommĂ© conseiller principal Ă Â la prĂ©sidence en charge des missions spĂ©ciales. Le prĂ©sident Paul Kagame a procĂ©dĂ© mercredi 27 septembre Ă Â plusieurs nominations. Kabarebe, un gĂ©nĂ©ral […]
Rusizi: Umwarimu ukekwaho gutorokana amafaranga 1.776.500 yafashwe

Nyuma yâamezi 3,5 yihishahisha,ashakishwa nâubutabera, mwarimu Nahimana ThĂ©ogĂšne ukekwaho gutorokana amafaranga 1.776.500 ya bagenzi be babanaga mu kimina muri GS Cyato, umurenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi, ubuyobozi bwâaka karere buremeza ko yatawe muri yombi amaze kwishyikiriza abarimu bagenzi be nâubuyobozi bwâumurenge wa Nyakarenzo, afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Nyakarenzo. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe na […]
FARDC iremeza ko M23 yisubije uduce twinshi
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko umutwe witwaje wa M23 wisubije ibice byinshi muri teritwari ya Masisi nâiya Nyiragongo mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Itangazo ryashyizwe hanze nâUmuvugizi wa FARDC muri Kivu yâAmajyaruguru, Lt Col. Guillaume Ndjike Kaiko, kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 yatangaje ko M23 yasubiye mu duce turimo: […]
Azerbaijan yafashe uwayoboraga Nagorno-Karabakh washaka guhungira muri Armenia
Azerbaijan yataye muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Nagorno-Karabakh ubwo yageragezaga kuva muri ako gace ahungira muri Armenia. Ruben Vardanyan, umucuruzi wayoboye kuva mu Gushyingo 2022 kugeza muri Gashyantare guverinoma y’akarere ka Nagorno-Karabakh gatuwe cyane n’abaturage bafite inkomoko muri Armenia gashaka kwitandukanya na Azerbaijan kuva mu Gushyingo 2022, yari mu bihumbi by’abaturage bagerageje kuhava. Muri […]
Gen (Rtd) James Kabarebe yahawe imirimo mishya
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka zasize ashyizeho abayobozi batandukanye muri Guverinoma, barimo Gen (Rtd) James Kabarebe wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ubutwererane bw’akarere. Kabarebe wari umaze igihe ari umujyanama w’Umukuru w’Igihugu mu bya gisirikare n’umutekano, yabisikanye na Prof Nshuti Manasseh basimburanye. Mu zindi mpinduka ni uko Dr Francis Gatare yagizwe Umuyobozi […]
Mukuralinda aremeza ko ibihano bya USA ku Rwanda bitazahungabanya RDF
Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko ibihano ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) buherutse gufatira u Rwanda bitazagira icyo bihungabanya ku gisirikare cyarwo, RDF. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda nyuma yâaho mu cyumweru gishize Leta ya USA ishyize iki gihugu ku rutonde rwâibihugu 19 bushinja gukoresha abana […]
Koreya ya Ruguru yirukanye umusirikare wa Amerika ivuga ko yahahungiye
Abayobozi baravuga ko umusirikare wa Amerika, Travis King, wahungiye muri Koreya ya Ruguru muri Nyakanga, ari mu maboko ya Amerika nyuma yo kwirukanwa na Pyongyang. Kuri uyu wa Gatatu, igitangazamakuru cya Leta, KCNA, cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yafashe icyemezo cyo kwirukana umusirikare wâUmunyamerika, Travis King, wavuze ko yemeye kwinjira muri iki gihugu mu buryo […]
Rutshuru: Uganda iravugwaho kwiyomekaho igice cya Gurupoma ya Busanza
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Nzeri, abaturage bo muri Gurupoma ya Busanza, Teritwari ya Rutshuru, batangaje ko Uganda yiyometseho igice cyâubutaka bwabo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko igice cyometswe kuri Uganda giherereye mu Mudugudu wa Mungo, hafi ya Bunagana. Bamwe bavuga ko hari igikorwa cyo kwimura imbago zigaragaza umupaka gikomeje kuva […]
Rwanda yaandaa mkutano wa awali wa maandalizi ya mazoezi ya majeshi ya EAC

Vikosi vya Wanajeshi wa Jumuiya ya Afrika Mashariki, askari polisi, Magereza, Uhamiaji na wajumbe wa raia wameanza Kongamano la Siku tatu la Mipango ya awali (IPC) kwa ajili ya Zoezi la Mafunzo ya Vikosi vya Wanajeshi wa Jumuiya ya Afrika Mashariki (FTX) USHIRIKIANO IMARA 2024. Mkutano huo unafanyika Nyamata, Wilaya ya Bugesera, na kuhudhuriwa na […]
M23 yatangaje ko gushoza intambara kwa Tshisekedi ari ibyago kuri we
Umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 urabona ko gusubira mu gace ka Mushaki kwâingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, no gutangaza intambara kâubutegetsi bwâiki gihugu kuzabukururira ibyago. FARDC yatangiye gusubira muri Mushaki tariki ya 22 Nzeri 2023 ubwo Guverineri wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru akaba nâumuyobozi wâibikorwa bya gisirikare, Gen. Maj. Peter Cirimwami, yasuraga aka […]
Perezida Kagame yashyize mu kiruhuko abapolisi barimo CG Emmanuel Gasana
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’inzego z’umutekano z’u Rwanda, yohereje mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi bo ku rwego rwa ba Komiseri barimo CG Emmanuel Gasana wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda. Gasana yayoboye Polisi y’u Rwanda kugeza muri 2018, mbere yo kugirwa Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburasirazuba. Amakuru y’uko yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru yemejwe […]
Trump ashobora gutakaza ibyemezo byo gukorera ubucuruzi muri Amerika
Umucamanza wa New York yasanze Donald Trump nâubucuruzi bwâumuryango we barongereye mu buryo bw’uburiganya agaciro kâumutungo we nâindi migabane, ibintu bishobora gutuma uwahoze ari Perezida wa Amerika atakaza uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mu gihugu. Icyemezo gikaze cyatanzwe n’umucamanza Arthur Engoron wo mu rukiko rwa leta ya New York i Manhattan kizorohereza umushinjacyaha mukuru wa Leta […]
Le Rwanda accueille la confĂ©rence de planification initiale de l’exercice des forces armĂ©es de l’EAC

Les dĂ©lĂ©guĂ©s des forces armĂ©es, des policiers, des prisons, de l’immigration et des civils des Ă â°tats membres de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) ont entamĂ© mardi une confĂ©rence de planification initiale (IPC) de trois jours pour l’exercice d’entraĂ Âźnement sur le terrain des forces armĂ©es de l’EAC (FTX) USHIRIKIANO IMARA 2024. La confĂ©rence se tient […]
PAC irahamya ko idafite ububasha bwo gutegeka ko âabanyamakosaâ bafungwa

Perezida wa komisiyo mu nteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu (PAC), Muhakwa Valens, aravuga ko idafite ububasha bwo gutegeka ko abakozi cyangwa abayobozi bagaragaraho amakosa bafungwa. Ibi Muhakwa yabivuze nyuma yâibyumweru bibiri birengaho iminsi PAC imaze ibaza ibigo bya Leta na za Minisiteri ku makosa yagaragajwe na raporo zâUmugenzuzi Mukuru wâimari ya […]
Muhanga: Ushinjwa kwiba toni 10 za sima yavuze ko yabitewe n’inzara
Kabega Harindintwali Ignace uri imbere muri batatu bashinjwa kwiba toni 10 za sima mu ruganda rwâAbashinjwa rwa Anjia ruherutse gufungurwa mu Rwanda, yemeye ko yabikoze, asobanura yabitewe nâinzara. Nkâuko Imvaho Nshya yabitangaje, Kabega na bagenzi be (Habagusenga Uzzia na Kabanza Richard) bagejejwe mu rukiko rwâibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu karere ka Muhanga kuri uyu wa […]
Umunyarwandakazi aravuga ko yatwise kandi atarasambanye
Munganyinka Denise wo mu ntara yâIburasirazuba aravuga ko ubwo yari afite imyaka 13 yâamavuko yatwise, arabyara, kandi atarigeze asambana cyangwa ngo asambanywe. Uyu mukobwa wâimyaka 19 mu kiganiro yagiriye kuri Radio/TV10, yagize ati: âNâubwo nari mutoya, nabashije kwirwanirira mo gake. Mu kwirwanirira kwanjye rero, iyo mba narasobanukiwe ibijyanye nâubuzima bwâimyororokere, nta nâubwo inda natwaye mba […]
Perezida Kagame ku rutonde rw’abantu 50 batanga icyizere muri Afurika

Abantu 3 ba mbere “batanga icyizere cyane muri Afurika” barahindutse gato mu mezi arindwi ashize nyuma yo gushyira ahagaragara verisiyo ya mbere. Umwanditsi wo muri Senegal yazamutse ku mwanya wa 3 ku rutonde rwashyizwe ahagaragara n’Ikinyamakuru Agence Ecofin. Uyu mwanditsi wo muri Senegal, Fatou Diome, yazamutse ava ku mwanya wa 10 agera ku mwanya wa […]
Irak: Inkongi y’umuriro yibasiye ahaberaga ubukwe yahitanye byibuze 100
Byibuze abantu 100 bapfuye abandi 150 barakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yadutse mu birori by’ubukwe mu majyaruguru ya Irak. Abantu amagana n’amagana bari mu munsi mukuru ahitwa Al-Hamdaniya, mu Ntara ya Nineve mu majyaruguru ya Irak, ubwo inkongi y’umuriro yadukaga aho waberaga mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ushize. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko […]
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za NuclĂ©aire
Raporo yo muri Afurika y’Iburasirazuba ivuga ko Kenya ifite intego yo gutangiza iyubakwa ry’uruganda rukora ingufu za NuclĂ©aire rwa mbere mu 2027. Umuyobozi w’agateganyo w’ikigo gishinzwe ingufu za kirimbuzi (NuPEA) Justus Wabuyabo yatangarije ikinyamakuru Business Daily ko iki kigo cyateguye gahunda yo gutanga amasoko mpuzamahanga yo kubaka ayo masoko haba mu ntara za Kilifi cyangwa […]
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro – Suella Braverman
Umunyamabanga ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu w’u Bwongereza yagarutse ku ishingiro ryâamategeko agenga ubuhunzi agezweho mu ijambo yavugiye i Washington. Suella Braverman kuri uyu wa Kabiri ushize yari yiteguye kugaruka ku mategeko mpuzamahanga yo kurengera impunzi i Washington avuga ko “kuba umutinganyi, cyangwa umugore” bidahagije kugirango umuntu yemererwe ubuhunzi cyangwa (international protection). Guverinoma y’u Bwongereza […]
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasabye Umuyobozi mushya wâikigo cyâigihugu gishinzwe gukwirakwiza umuriro wâamashanyarazi (TANESCO) ko nyuma yâamezi atandatu atazongera kumva abaturage bataka ngo umuriro wabuze. Ibi yabivuze kuri uyu wa 26 Nzeri 2023 ubwo yakiraga indahiro ya Boniface Gissima Nyamo-Hanga yagize Umuyobozi wâagateganyo wa TANESCO, amusimbuje Maharage Chande wahawe izindi nshingano. Perezida Samia […]
Kazungu Denis yoherejwe mu igororero
Urukiko rwâibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera mu 10 afungwa iminsi 30 yâagateganyo, akazajya aburana mu mizi ataha mu igororero (ryitwaga gereza). Icyemezo cyo kohereza Kazungu mu igororero kirashingira ku buremere bwâibyaha aregwa ndetse no kuba hari ibikomenyetso bikomeye bituma akekwaho kubikora, cyane ko na we yemereye mu rukiko ko […]
A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital was taken in Iran

A photo purporting to show the hidden side of Rwanda’s capital is circulating virally on Facebook. Internet users who share this photo, where we see traditional houses built on the side of a mountain evoking a certain deprivation, accuse the “Western media” of hiding this aspect of Rwanda. Please note, this image has no link […]
L’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives sera au tribunal mercredi
Le tribunal de premiĂšre instance de Nyarugenge doit ouvrir mercredi 27 septembre l’audience prĂ©alable Ă Â la dĂ©tention dans l’affaire Jean-Bosco Harelimana, l’ancien patron de l’Agence rwandaise des coopĂ©ratives (RCA). Harelimana est soupà §onnĂ© de crimes, notamment de non-respect des procĂ©dures d’appel d’offres et d’abus de ressources publiques. Selon Thierry Murangira, porte-parole du Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda […]
Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi wâingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba nâumwe mu bayobozi b’igisirikare cyo mu mazi cyâu Burusiya, Admiral Viktor Sokolov, yagaragaye kuri uyu wa Kabiri yitabiriye inama yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga, nyuma yâumunsi umwe ingabo zidasanzwe za Ukraine zivuze ko zamwishe. Mu mashusho n’amafoto yashyizwe ahagaragara na minisiteri yâingabo yâu Burusiya, bigaragara […]
Nyarugenge: Uwahoze ari Umuyobozi wa RCA aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Gatatu
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Nzeri, urukiko rwibanze rwa Nyarugenge ruratangira kuburanisha Jean-Bosco Harelimana wahoze ari umuyobozi w’ikigo gishinzwe amakoperative mu Rwanda (RCA) ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Harelimana akekwaho ibyaha birimo kutubahiriza amabwiriza agenga itangwa ry’amasoko ya leta no gukoresha nabi umutungo wa Leta. Nkâuko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi w’ikigo gishinzwe ubugenzacyaha […]
Ngoboka yagaragaje ibyaha byinshi ahamya ko yageretsweho azira itangazamakuru
Umunyamakuru Ngoboka Sylvain wigeze kumara iminsi 45 mu kigo cyâinzererezi cya Tongati mu karere ka Karongi yagaragaje uburyo mu bihe bitandukanye yagiye âagerekwaho ibyahaâ, azira uburyo yakoragamo umwuga w’itangazamakuru. Ngoboka mu kiganiro yagiriye kuri Radio/TV 10, yasobanuye ko byatangiye ashinjwa gukora ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro mu buryo butemewe. Ati: âNjyewe baraje iwanjye, barankomangira, bambwira bati âSohoka!â, […]
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise âinzerereziâ
Mu minsi ishize, Umuyobozi wâagateganyo wâInkeragutabara mu ntara yâAmajyaruguru, Lieutenant Colonel Higiro Vianney, yumvikanye avuga ko âinzererezi zâabanyamahangaâ zigaragaza ko zicuruza inkweto kandi zicuruza imiti yâubugabo zigomba gufatwa. Uyu musirikare yabwiye abaturage bâi Musanze ati: “Inzererezi zâabanyamahanga zabinjiye mo hano, zirirwa zicuruza imiti zibabwira ko zitanga imiti yâubugabo. Ntimubazi? Zirirwa zitanga ngo urubyaro, bakirirwa bagendana […]
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Umutwe mushya witwa UFPC (Union de force de la dĂ©fense patriotique congolaise) uherutse gushingirwa muri Nyiragongo ugamije gukubita inshuro M23, wakoze imirwano yawo ya mbere mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri, ariko urwana n’undi mutwe w’inyeshyamba utari M23. Iyo mirwano n’ubundi yabereye muri Nyiragongo, mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma mu ijoro […]
Senateri Menendez yasobanuye ibyâamafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi nâamahanga, Robert Bob Menendez, yahakaniye imbere yâitangazamakuru icyaha cyo kwakira ruswa kugira ngo akoreshe ububasha afite mu buryo buryo bunyuranyije nâamategeko. Tariki ya 22 Nzeri 2023 ni bwo ubushinjacyaha bwa New York bwareze Menendez mu rukiko rwa Manhattan, nyuma yo gushyikirizwa ibyavuye […]
Amerika nayo yemeje ko igiye gukura ingabo zayo muri Niger
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko zigiye gukura ingabo zayo muri Niger nyuma y’uko Ubufaransa butangaje ko bugiye kuhakura ingabo zabwo nk’uko byasabwe na Leta n’abaturage muri iki gihugu. Ibi byagarutsweho na Lloyd Austin umunyamabanga wa Leta mu bya Gisirikare, aho yavuze ko harimo gukoreshwa inzira y’ibiganiro ngo impande zombi zumvikane uko iki gikorwa […]
Umuyobozi wa RPPA yasabye ko abakozi ba Leta batiye amasezerano bafungwa

Umuyobozi Mukuru wâikigo cyâigihugu gishinzwe amasoko (RPPA), Uwingeneye Joyeuse, arasaba ko abakozi bo mu bigo bya Leta batiye amasezerano ashingiye ku masoko batanze ko bafungwa. Iki kibazo cyagaragaye mu ibazwa ryâabakozi bâinzego zitandukanye ubwo bitabaga komisiyo yâabadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze yâimari nâumutungo byâigihugu, PAC. Perezida wa PAC, Muhakwa Valens, yasobanuye ko ikibazo cyo gutira amasezerano […]
Dore ibyo Tshisekedi yemereye Kabila kugirango amuhe ubutegetsi

Amakuru atandukanye ku masezerano Perezida Tshisekedi yagiranye n’uwo yasimbuye, Joseph Kabila kugirango agere ku butegetsi akomeje kujya ku karubanda, aho nyuma yo kumwita umubeshyi nyuma y’ibyo aherutse gutangariza i New York anyomoza ayo masezerano, kuri ubu Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa komisiyo y’amatora yashyize ahagaragara ikimenyetso cy’ibyo avuga. Nyuma y’aho kuri iki Cyumweru, Corneille […]
Somalia: Nibura abarwanyi 70 ba al Shabab bishwe n’igisirikare
Nibura abaterabwoba 70 ba al-Shabaab bishwe ku Cyumweru mu gikorwa cya gisirikare cyakozwe nâingabo zâigihugu cya Somaliya gishyigikiwe nâimitwe yitwara gisirikare yo mu majyaruguru yo hagati mu Ntara ya Mudug. Izo ngabo zagabye igitero ku bwihisho bwâinyeshyamba za al-Shabaab n’ahantu ziteranira mu mujyi wa Aad nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga. Nkâuko byatangajwe na […]
Amajyaruguru: Guverineri yamenyesheje abinubira ihenda ry’ibirayi ko nâabahinzi bakwiye kunguka
Guverineri wâintara yâAmajyaruguru, Mugabowagahune Maurice, yamenyesheje abavuga ko ibirayi byo mu turere nka Musanze bihenda ko nâabahinzi baba babyo baba bakwiye gukuramo inyungu ijyanye nâimbaraga baba barakoresheje babihinga. Ibi yabitangarije kuri Primo Media Rwanda ubwo umunyamakuru yamubwiraga ko bivugwa ko muri iki gihe ibirayi byâi Musanze hafatwa nkâikigega cyabyo mu gihugu bihenze kurusha ibiri ku […]
U Bufaransa bwemeye gukura ingabo zabwo muri Niger
Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko igihugu cye giteganya gukura ingabo zacyo muri Niger mu mezi cyangwa ibyumweru biri imbere. Ibi Macron yabitangaje kuri uyu wa 24 Nzeri 2023 nyuma yâigihe gito atangaje ko u Bufaransa budashobora kubahiriza icyifuzo cyâabasirikare ba Niger bahiritse ubutegetsi bwa Mohamed Bazoum basabye izi ngabo kuva mu gihugu cyabo. […]
Sudani y’Epfo: Umushoferi w’Umunyakenya n’uw’Umurundi bishwe
Kuri uyu wa Gatandatu, mu gace ka Yei, muri Sudani y’Epfo, umushoferi w’ikamyo wo muri Kenya yarashwe aricwa maze ikamyo yari atwaye iratwikwa ubwo abantu bitwaje intwaro batamenyekanye bagabaga igitero ku makamyo ya UNICEF. Undi mushoferi ukomoka mu Burundi yatakaje ubuzima muri icyo gitero, mu gihe umushoferi wa gatatu yakomeretse bikomeye. Abahohotewe batwaraga ibikoresho byatanzwe […]
U Burundi bwahakanye amakuru yâumwuka mubi uvugwa mu butegetsi
Leta yâu Burundi yahakanye amakuru yâumwuka mubi uvugwa mu bakomeye ku butegetsi barimo Umukuru wâIgihugu, Evariste Ndayishimiye, Minisitiri wâIntebe Gervais Ndirakobuca, ubuyobozi bukuru bwâishyaka riri ku butegetsi nâubuyobozi bukuru bwâigisirikare. Hamaze iminsi havugwa amakuru yâuko Perezida Ndayishimiye yashatse kwirukana Umugaba Mukuru wâingabo zâu Burundi, Lt Gen. Prime Niyongabo, Ndirakobuca yanga gusinya kuri iki cyemezo. Byavuzwe […]
Norvege: Minisiteri y’ubutabera irasuzuma niba Gasana yakohererezwa u Rwanda
Umugabo wafatiwe mu gihugu cya Norvege ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda kubera uruhare akekwaho kugira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ashobora koherezwa i Kigali nk’uko byatangajwe n’Igipolisi cya Norvege. Uyu mugabo Francois Gasana uri mu kigero cy’imyaka 40, yafatiwe mu murwa mukuru wa Norvege, Oslo, ubu hagiye gushira umwaka nyuma y’impapuro zo kumuta muri yombi […]
Icyihebe cya ADF cyacuze umugambi wâibitero byâiterabwoba ku Rwanda cyishwe
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko Meddie Nkalubo wari mu barwanyi bakuru bâumutwe wâiterabwoba wa ADF ari umwe mu biciwe mu gitero cyâindege ingabo zâiki gihugu cyagabye ku birindiro byawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo tariki ya 16 Nzeri 2023. Iki gitero cyo mu ntera y’ibilometero biri hagati y’100 n’150 cyifashishije […]
Inkongi y’umuriro yibasiye iduka yahitanye abantu 35 muri Benin
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, byibuze abantu 35 biciwe mu majyepfo yâuburasirazuba bwa Benin nyuma yâinkongi y’umuriro yibasiye mu iduka aho abatangabuhamya bavuze ko intandaro ari peteroli yari iri gupakururwa, nk’uko uhagarariye minisiteri yâubutabera yabitangaje. Inkongi y’umuriro yadutse ku isaha ya saa 0930 ku isaha yo muri Benin mu gace ka Seme-Podji, hafi y’umupaka na […]