Gasabo: Uwanize umugore we kugeza amwishe yakatiwe igihano kiruta ibindi
Umugabo wo mu Karere ka Gasabo wishe umugore we amunize mu mpera zâicyumweru gishize yakatiwe igihano cyâigifungo cya burundu nkâuko yari yagisabiwe nâubushinjacyaha. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwatanze iki gihano ubwo rwasomaga urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo Hategekimana Thomas wâimyaka 31 yâamavuko icyaha cyâubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye umugore we amunize kugeza ashizemo umwuka. Ni icyaha cyakozwe […]
Facebook yahaye gasopo Dr Stella Nyanzi kubera kwibasira Bobi Wine
Urubuga Nkoranyambaga rwa facebook rwihanije impirimbanyi yâUmugandekazi, Dr Stella Nyanzi kubera amagambo akoresha kuri uru rubuga. Uyu mugore wahoze ari umwarimu muri Kaminuza ya Makerere mu gihugu cya Uganda akaba aherutse guhungira muri Kenya avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga, aravuga ko ameze neza nubwo yahawe gasopo. Yavuze ko agiye no kwandika igitabo, aho […]
Abanyarwanda bagomba kubona amakuru, nibabona atari yo bazahindukirana leta â Umunyamakuru Mugabe
âAbanyarwanda bagomba kubona amakuru. Kandi Leta nikomeza kwanga gutera inkunga itangazamakuru abaturage bazabona amakuru atari yo, nibabona amakuru atariyo bazahindukirana leta,â aya ni amagambo yâumunyamakuru Robert Mugabe wemeza ko muri iki gihe imbuga nkoranyambaga zikoreshwa cyane abaturage bafite ibyago byo guhabwa amakuru nâabantu batari abanyamwuga babaha ibinyoma nâamakuru rutwitsi. Umunyamakuru Robert Mugabe aravuga ko ukurikije […]
Kagame rejoint le ‘Giants Club’ pour stimuler les investissements dans l’Ă©conomie de la faune
Le prĂ©sident Paul Kagame est dĂ©sormais le sixiĂšme chef dâĂtat africain Ă rejoindre le “Giants Club” aprĂšs avoir signĂ© la dĂ©claration du forum, renforçant ainsi lâengagement du Rwanda Ă protĂ©ger lâhabitat de la faune tout en dĂ©gageant une plus grande valeur des entreprises fondĂ©es sur la nature. Le prĂ©sident Kagame a Ă©galement tenu une rĂ©union […]
Rwanda-Uganda: Nyuma yâimyaka 2 imipaka ifunze icyizere cyo gufungurwa kimaze kuyoyoka
Imipaka yâu Rwanda na Uganda muri Gatuna na Cyanika mu Turere ntirafungurwa nyuma y’imyaka hafi ibiri u Rwanda rufashe icyemezo cyo kuyifunga ku itariki 27 Gashyantare 2019, abaturage ba Uganda mu Turere twa Kabale na Kisoro baravuga ko ibi byabateje igihombo gikomeye kandi bamaze guta icyizere cyâuko iyi mipaka yafungurwa vuba. U Rwanda rwafashe icyemezo […]
Abategetsi 10 batazibagirana mu mateka yâIsi bakoze ibyiza cyangwa ibibi

Ku Isi hagiye habaho abategetsi bâibihangange mu mateka. Bamwe bigaruriye Isi, bamwe babasha kurangiza ubugizi bwa nabi bashyira ibihugu byabo mu bihe byâamahoro nâituze, abandi babasha guhindura ibihugu byabo ndetse nâIsi muri rusange. Dore abayobozi bakoze ibintu bidasanzwe mu mateka 10- Adolf Hitler Uyu mugabo washinze ishyaka rya NAZI niwe uri inyuma wa Jenoside yakorewe […]
Ghana: Umupasiteri yapfuye arimo kubwiriza
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana aherutse gupfa arimo kubwiriza Abakirisitu bayoberwa ibyo ari byo mbere yo kuvumbura ko yamaze gupfa. Video yakwirakwijwe mu cyumweru gishize, igaragaza uyu mupasiteri ukiri muto wambaye ishati yâumweru nâipantalo yâumukara, arimo kubwiriza mu rusengero nkâuko tubkesha urubuga mynewsghana.net rwo muri iki gihugu. Mu kubwiriza, agira atya akerekeza mu yindi […]
Yahambwe ari muzima azira kwica abantu bo mu muryango we – Video
Umusore wo muri Repubulika ya Congo yashyinguwe ari muzima azira kwica abantu 9 bo mu muryango we mu gace ka Lekoumou abatambyemo igitambo. Uyu musore wari mu kigero cyâimyaka 30 yatanze abantu bo mu muryango we mu mwaka ushize nyuma yo kugirana amasezerano nâumupfumu. Icyo yifuzaga ni ukuba impuguke mu buvuzi gakondo. Byamusabaga rero gutamba […]
Impamvu niyemeje kurwanya akarengane ni uko nanjye narenganye â Umunyamakuru Niyonambaza
Umunyamakuru Asumani Niyonambaza washinze ikinyamakuru Rugari avuga imwe mu mpamvu yatumye ashinga iki kinyamakuru yari ukugirango agihe umurongo wo kurwanya akarengane kubera ko ngo nawe yarenganye yitwa Interahamwe nâumwicanyi. Asumani Niyonambaza amaze igihe kirekire mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, kuko arimazemo imyaka isaga 20 ariko akaba amaze imyaka 16 ashinze ikinyamakuru Rugari. Mu kiganiro yagiranye […]
Abanyarwanda babiri binjijwe mu rukiko rwâUmuryango wa EAC
Mu nama yâabakuru bâibihugu bigize Umuryango wa EAC yabaye kandi yatumijwe na Perezida Paul Kagame, nk’umuyobozi ucyuye igihe muri iyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 27 Gashyantare, Abanyarwanda Richard Muhumuza na Anita Mugeni bahawe imyanya mu Rukiko rwâUbutabera rwâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba, EACJ. Richard Muhumuza mu rugereko rwâibanze rwa EACJ mu gihe Anita […]
Dr Agnes Binagwaho mu Banyafurikakazi 10 bari guhesha ishema Afurika

Abenshi muri aba bagore ni abarwana batitaye ku ishusho iri mu mitwe yâAbanyafurika benshi yâuko abagore akamaro kabo ari ukubyara no kuba mu rugo, ariko kuri iyi nshuro turabagezaho urutonde rwâabagore 10 bari guhesha ishema Afurika nkâuko tubikesha Afrikbuzz.com. 10 â Ngozi Okonjo-Iweala Uyu mugore ukomoka muri Nigeria niwe Munyafurikaka wa mbere watorewe kuyobora Umuryango […]
Leta ya Afurika yâEpfo yabuze icyo ivuga ku iyicwa ryâuwari umuhuzabikorwa wa RNC
Guverinoma ya Afurika yâEpfo yabuze ibisobanuro itanga ku rupfu rwâUmunyarwanda, Seif Bamporiki wari mu bayobozi bakuru ba RNC muri iki gihugu, aho kugeza nâubu bavuga ko batazi icyo babikoraho. Umwe mu bayobozi bakuru muri Afurika yâEpfo ati âNtituramenya icyo twabikoraho. Polisi ntacyo iratubwira kubwâibyo ntitubizi.â Seif Bamporiki wari Umuhuzabikorwa wa RNC muri Afurika yâEpfo, yishwe […]
USA: Umugore wa El Chapo wishyikirije ubutabera agiye kumena amabanga

Umugore wâumucuruzi kabuhariwe wâibiyobyabwenge, El Chapo, kuri ubu ufungiye muri muri Amerika, niwe wishyikirije ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa Kabiri ushize, ashaka kurinda abana be ndetse kuguma muri iki gihugu nawe akamena amabanga menshi yâumutwe wâabacuruzi bâibiyobyabwenge wa Sinaloa Cartel wari ukuriwe nâumugabo we. Uyu mugore wa El Chapo GuzmĂĄn witwa Emma […]
Uwagize uruhare mu gushoza intambara zagiye zivugwa muri ADEPR yasabye imbabazi
âImana ubundi ntabwo ijya irwanirirwa ariko twebwe twashyizemo intambara dushyiramo imbaraga zacu dushyiramo nâintambara zâumubiriâŠariko nyuma nyine nagiye mbitekerezaho nkabireba, mu byâukuri nkavuga ngo hari ikiza wenda cyabaye muri ibi bintu ariko ntibibujije ko hari nâamakosa yabibayemo, â ibi ni ibyatangajwe na Jean Napoleon Mahoro, Umukiristu wa ADEPR akaba yarabaye nâumuririmbyi wemera ko yagize uruhare […]
Le Rwanda va utilise l’intelligence artificielle dans les prĂ©dictions de Covid-19
Le Rwanda devrait ĂȘtre le premier pays du continent africain Ă utiliser l’intelligence artificielle (IA) pour prĂ©dire le fardeau du Covid-19 sur son territoire Ă des pĂ©riodes particuliĂšres. Le vendredi 26 fĂ©vrier, le centre biomĂ©dical du rwanda (RBC), en collaboration avec l’UniversitĂ© du Rwanda (UR), a lancĂ© un projet de recherche visant Ă tirer parti […]
Urwego rwâUmuvunyi rurahamagarira abaturage gusobanukirwa nâamategeko abarengera

Mu bukangurambaga bwo gukumira no kurwanya akarengane na ruswa bwakozwe nâUrwego rwâUmuvunyi mu ntara yâamajyaruguru nâiyâUburengerazuba kuva ku itariki 22 kugeza ku ya 25 Gashyantare 2021, mu kiganiro bagiriye kuri radiyo yâabaturage, Umuvunyi Mukuru, Madamu Nirere Madeleine, ari kumwe nâUmuyobozi wâAkarere ka Musanze, yahamagariye abaturage gutanga amakuru kuri ruswa nâakarengane ndetse bakanamenya amategeko abarengera kuko […]
RDC: FARDC yikomye FDLR ishinja gushaka kuyiteranya nâabaturage
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyamaganye ubutumwa kivuga ko buri gukwirakwizwa nâumutwe wa FDLR isebya bamwe mu basirikare bakuru bari mu bikorwa bya Sokola 2 muri Kivu yâAmajyaruguru. Izi nyeshyamba zâAbanyarwanda zimaze imyaka isaga 26 mu burasirazuba bwa Congo, zivuga ko bamwe mu bayobozi ba FARDC bakorana nâimitwe yâinyeshyamba iteza umutekano mucye […]
Zimbabwe: Abakora mu buvuzi bari gutinya gufata urukingo rwa Covid-19
Kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ryâabaforomo muri Zimbabwe ryatangaje ko abakozi bâubuvuzi banze gufata inkingo za Covid-19, bavuga ko nta bisobanuro bifatika byerekana niba zirinda ubwoko bwâiyi virusi bwagaragaye muri Afurika yepfo. Ku ya 18 Gashyantare, Zimbabwe yatangiye ibikorwa byo gukingira ikoresheje inkingo zakozwe nâikigo Sinopharm cyo mu Bushinwa, iba igihugu cya mbere muri Afurika […]
Me Gashema arahakana ibivugwa ko Idamange atari we wamwihitiyemo ngo amwunganire
Me Gashema Felicien wunganira Idamange Iryamugwiza Yvone arahakana amakuru avuga ko uwo yunganira atari we wamwihitiyemo ahubwo hari abandi bamutumye kumuburanira. Idamange yamenyekane mu minsi ishize kubera amagambo yagiye atangariza ku muyoboro we wa Youtube yavugiyeho amagambo atarakiriwe neza nâabantu batandukanye barimo nâubutegetsi bikamuviramo gutabwa muri yombi ku itariki 15 Gashyantare. Kuwa 22 Gashyantare nibwo […]
Haiti: Imfungwa zisaga 400 zatorotse, abantu 25 barimo umuyobozi wa gereza barahagwa

Imfungwa zisaga 400 kuri uyu wa Gatanu zari zikiruka nyuma yo gutoroka gereza yo mu gihugu cya Haiti, mu gutoroka kwaranzwe nâubugizi bwa nabi bukabije bwasize abantu 25 barimo nâumuyobozi wa gereza bishwe. Ibiro Ntaramakuru byâAbafaransa byerekanye byibuze imirambo itatu irambaraye hanze ya gereza kuwa Kane na zimwe u mfungwa zafashwe mu zari zatorotse. âAbantu […]
Luanda: Ibiganiro byâamahoro hagati ya Centrafrica nâinyeshyamba byongeye gusubikwa
Mu gihe mu gihugu cya Centrafrica hakomeje ibikorwa bya gisirikare byo kwigarurira imijyi yari yarigaruriwe nâimitwe yâinyeshyamba nkâaho muri iki Cyumweru igisirikare cya Centrafrica gifashijwe nâingabo zâu Rwanda kigaruriye Umujyi wa Bossangoa, ibiganiro byâamahoro byari biteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu biyobowe na ICGLR byongeye gusubikwa ku nshuro ya kabiri. Inama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari […]
Muhanga: Urukiko rwakatiye umukozi wo mu rugo wibye umwana yigeze kurera
Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, kuri uyu wa Gatanu itariki 26 Gashyantare 2021, bwasabiye igihano cyâigifungo cyâimyaka 5 umukobwa w’imyaka 18 wibye umwana w’imyaka 4 yigeze kurera afatanyije nâumumotari ariko asabirwa kugabanyirizwa ibihano kuko yari ataruzuza imyaka yâubukure, mu gihe umumotari we yasabiwe gufungwa imyaka 10. Nyuma yâuko avuye mu rugo yakoragamo mu kwezi kwa […]
Umwe mu Bajenerali 2 ba FLN basaba kurekurwa byâagateganyo yafatiwe ibihano na Loni
Abajenerali babiri bo mu mutwe wa FLN bari mu bantu 21 bari kuburanishwa nâUrukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya imipaka basabye kurekurwa byâagateganyo mu gihe umwe muri bo ari ku rutonde rwâabafatiwe ibihano nâUmuryango wâAbibumbye. Aba ni Maj. Gen. Felicien Nsanzubukire na Maj. Gen. Anastase Munyaneza, bo muri FLN-MRCD, aho bakurikiranweho ibyaha bitandukanye bifitanye isano […]
Le procÚs concernant 21 suspects terroristes liés au MRCD ajourné au 3 mars
Le procĂšs concernant 21 suspects terroristes liĂ©s au MRCD et Ă sa branche militaire a repris le vendredi 26 fĂ©vrier Ă Kigali, tous les suspects et leurs avocats Ă©tant prĂ©sents Ă la chambre de la Cour suprĂȘme. Tous les 21 suspects font face Ă des accusations liĂ©es au terrorisme. Leurs actes prĂ©sumĂ©s ont entraĂźnĂ© la […]
Umugore wa Amb. Luca Attanasio aremeza ko umugabo we yagambaniwe nâumuntu ubazi
Umugore wa Ambasaderi wâu Butaliyani i Kinshasa uherutse kwicirwa mu burasirazuba bwa Congo, Luca Attanasio, wâimyaka 43, yatangaje ko umugabo we yagambaniwe kandi akagambanirwa nâumuntu umuzi uzi nâumuryango we kugirango yicwe. Ambasaderi Attanasio yari kumwe nâimodoka za PAM mu burasirazuba bwa Congo kuwa Mbere ushize ubwo yagwaga mu gico cyâabagizi ba nabi bakamwicana nâumurinzi we […]
USA: Yagaburiye abo mu muryango we umutima w’umuntu banze arabica

Umugabo wo muri Leta ya Oklahoma yishe umuntu amukuramo umutima arangije arawuteka awugaburira abandi bantu batatu bo mu muryango we barimo agakobwa kâimyaka ine mbere yâuko ahindukira nabo akabatera ibyuma hakarokokamo umwe. Uyu mwicanyi uri mu kigero cyâimyaka 40 yemereye imbere yâabashinzwe iperereza ko yakoze ubu bwicanyi, aho yemeye ko yishe umwe mu bantu yishe […]
Urugomo nâubwicanyi byakorewe Abatutsi mu 1973 mu yahoze ari Perefegitura ya Gitarama
Nkâuko bisobanurwa nâubushakashatsi Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) yakoze ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi muyahoze ari Perefegitura ya Gitarama ubwicanyi nâibikorwa byâurugomo byibasiye Abatutsi mu 1973 byakozwe guhera mu mpera za Gashyantare 1973. Umugambi wâabateguye ibyo bikorwa bibi kwari ukwibasira Abatutsi bose bahereye ku bari mu mashuri no mu kazi. Abayobozi bakuru ba […]
Abantu bakurikirwa nâabantu benshi kurusha abandi kuri Instagram muri 2021

Kugeza ubu muri uyu mwaka wa 2021 usibye urubuga rwa Instagram ubwarwo ruza ku mwanya wa mbere, umukinnyi Cristiano Ronaldo niwe wavuga uza ku mwanya wa mbere mu bantu bakoresha uru rubuga nkoranyambaga bakurikiranwa nâabantu benshi kurusha abandi, aho akurikirwa nâabagera kuri miliyoni 263, hagakurikiraho umuririmbyikazi Ariana Grande ukurikirwa na miliyoni 222. Dore abantu 15 […]
Igikorwa cya mbere cya gisirikare cya Perezida Joe Biden cyahitanye 17 muri Syria
Kuri uyu wa Kane, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero ku bikorwaremezo bikoreshwa nâinyeshyamba zo muri Syria ziterwa inkunga na Iran, abantu bagera kuri 17 bahasiga ubuzima. Iki kikaba ari cyo gikorwa cya mbere cya gisirikare ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden bukoze busubiza ibitero biherutse kugabwa ku nyungu zâigihugu muri Irak. Asobanura ukuntu iki […]
Bobi Wine yasabwe gusobanura aho yakuye imodoka yâumutamenwa afite muri iki gihe
Ubugenzuzi Bukuru wa Guverinoma ya Uganda bwahaye Bobi Wine igihe cyo kugeza ku itariki ya 31 Gashyantare yamaze gusobanura aho yakuye imodoka yâumutamenwa (itamenwa n’amasasu) aherutse kugaragaza abazwa niba ari impano yahawe cyangwa ari umwe mu mitungo ye. Avugana nâabanyamakuru kuri uyu wa Gatatu nyuma ya saa sita, madamu Annet Twine, umuyobozi mu Bugenzuzi bwa […]
Rubavu: Icumbi ryâabanyeshuri ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
Icumbi ryo hanze yâikigo ryari ricumbitsemo abanyeshuri ba Gisenyi Adventist Secondary School (GASS) mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ryibasiwe nâinkongi yâumuriro kubwâamahirwe itagize uwo ihitana. Iyi nkongi hakekwa ko yatewe nâamashanyarazi yadutse mu masaha ya saa munani nâigice yâijoro abanyeshuri babasha gusohora ibyo kuryamaho nâibindi bikoresho byabo. Uwimana Vedaste , Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge […]
Abategetsi ba Uganda ntibatewe ubwoba nâibihano Amerika yafatira igihugu
Ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteganya gufatira Uganda kubera uburiganya zivuga ko bwabaye mu matora aheruka muri Uganda ngo byaba bibabaje ariko ntibihangayikishije abategetsi bâiki gihugu nkâuko Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Sam Kutesa, yabitangarije RFI. âByaba bibabaje baramutse badufatiye ibihano, ariko mbere na mbere ndatekereza ko amatora yacu yabaye mu bwisanzure kandi mu mucyo, n’amahoro,â […]
U Butaliyani bukomeje kotsa Loni igitutu kubera iyicwa rya Ambasaderi Luca Attanasio
Mu gihe iperereza ryâabayobozi ba Repubulika haranira Demokarasi ya Congo ku iyicwa rya Ambasaderi Luca Attanasio rikomeje, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Butaliyani, Rudi Di Maio, arasaba Umuryango wâAbibumbye gufungura iperereza ryawo. Kuri minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Butaliyani, ngo nubwo ambasaderi wabo yabashaga gufata icyemezo ku ngendo ze mu gihugu, urugendo yiciwemo mu burasirazuba bwa Congo […]
Bujumbura: Umupolisi yishe arashe umushoferi amushinja guteza umubyigano
Umupolisi wo mu Burundi mu ijoro ryo kuwa kabiri ushize ahagana saa moya zâijoro yarashe umushoferi nyuma yo gutonganaho gato umupolisi ashinja uyu mushoferi wa Taxi voiture gufunga inzira yâizindi modoka nyinshi ku muhanda uri mu Mujyi wa Bujumbura rwagati. Nkâuko ababibonye babitangaje, uwarashwe yahise apfa. Umwe muri aba ati â Yarashwe mu gatuza. Ntiyari […]
Uganda: Umwana yiciwe mu kurasana hagati yâabashinzwe umutekano na se watorotse igisirikare

Igikorwa gihuriweho nâigipolisi nâigisirikare bya Uganda cyari kigamije gufata umusirikare wagitorotse mu Karere ka Kapchorwa kuri uyu wa Gatatu, cyarangiye umwana wâumuhungu wâimyaka 16 akiciwemo mu gihe se, watorotse igisirikare, yatawe muri yombi. Abayobozi baravuga ko uyu mwana wâumuhungu witwa Timothy yarashwe akaza gupfa ubwo se witwa Kapchekweko, wari ufite imbunda, yarasanaga nâabari bagiye kumufata. […]
Imitwe 122 yâinyeshyamba yabaruwe mu burasirazuba bwa Congo â Raporo
Imitwe yâinyeshyamba igera ku 122 kuri ubu niyo ibarurwa mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byâumwihariko mu ntara za Kivu zombi, muri Ituri na Tanganyika. Ibi ni ibyahishuwe muri raporo yâikigo cyâibipimo byâumutekano muri Kivu, BaromĂštre SĂ©curitaire du Kivu (KST), yashyizwe ahagaragara kuwa 22 Gashyantare 2021. Iyi raporo ivuga ko imitwe 11 yitwaje […]
Idamange ni umurwayi wo mu mutwe? Yarakoreshejwe! abamukoresheje barigaramiye// Harakurikiraho iki?
Kurikira ibindi biganiro nâama Video binyura kuri Bwiza TV
Igisirikare cya Amerika cyafatiye hafi ya Somalia intwaro nyinshi zari zitwawe magendu

Igisirikare cyo mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko ubwato bwacyo bwa gisirikare, USS Winston S. Churchill, bwafashe intwaro zajyanwaga magendu mu mato abiri mato mu gikorwa cyakorewe mu mazi mpuzamahanga hafi yâinkombe za Somalia. Iki gikorwa cyabaye ku itariki 11 na 12 Gashyantare, ariko aya makuru nibwo […]
Covid-19: La pandĂ©mie arrĂȘte la vaccination contre le VPH Ă Kigali
Plusieurs dĂ©fis liĂ©s Ă la pandĂ©mie de Covid-19 ont contrecarrĂ© les projets de dĂ©ploiement d’un programme de vaccination visant Ă Ă©liminer le cancer du col de l’utĂ©rus causant le virus du papillome humain (VPH) chez les filles ĂągĂ©es de 12 ans. Le virus du papillome humain (VPH) est une infection transmissible sexuellement qui se transmet […]
RDC: Igitero ku birindiro bya FARDC hafi ya Minembwe cyaguyemo umusirikare
Umusirikare umwe wa FARDC yishwe, abasivili babiri barakomereka nyuma yâigitero cyâinyeshyamba za Gumino na Twirwaneho ku birindiro bya gisirikare mu giturage cya Kabingo, hafi ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Umuvugizi wa FARDC muri Kivu yâAmajyepfo, Capt. DieudonnĂ© Kasereka, yatangaje ko ingabo za leta zahise zisubiza inyuma iki gitero cyagabwe kuri uyu wa kabiri, […]
Antonio Guterres arasaba ko muri Centrafrica hongerwa ingabo nâabapolisi ba Loni
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, arasaba inyongera yâabasirikare nâabapolisi 3,700 bo kujya gufasha ingabo zibungabunga amahoro muri Centrafrica, avuga ko iki gihugu kiri mu bihe biteye amakenga. Ibi Umuyobozi wâUmuryango wâAbibumbye yabitangaje muri raporo yashyizwe ahagaragara nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Gashyantare nâIbiro Ntaramakuru byâAbanyamerika, The Associated Press, bivuga ko hakenewe […]
Uganda: Umupolisi yiyahuye yitwitse nyuma yo kwirukanwa mu nzu nâumugore we
Umupolisi wari ukinjiyemo vuba mu karere ka Kanungu yiyahuye yitwitse arapfa nyuma yo kugirana ibibazo nâumugore we. Uyu ni uwitwa Lovis Abeireho wari unatuye mu Kagali ka Nyakatare, mu Mujyi wa Kanungu, ho muri aka karere ka Kanungu. Umuvugizi wa polisi muri Kigezi, Elly Maate, avuga ko bikekwa ko uwiyahuye yabikoze nyuma yo kurwana nâumugore […]
Umuhanda Kigali-Karongi-Nyamasheke wongeye gufungwa nâinkangu

Ubuyobozi bwâUmurenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi, buratangaza ko kuva mu rukerera kuri uyu wa kabiri tariki 16 Gashyantare 2021, umuhunda uhuza Akarere ka Karongi na Nyamasheke wafunzwe kubera inkangu. Uwo muhanda wongeye gufungwa nâinkangu bwa kabiri, kuko tariki ya 12 Gashyantare 2021 na bwo inkangu yari yawufunze ku buryo utari nyabagendwa. Umunyamabanga nshingwabikorwa […]
Uwakiniye Man. United yahishuye ko yibaga inkweto za Ferdinand na Rooney ngo agaburire umuryango we

Uwahoze ari umukinnyi wâikipe ya Manchester United, Rqavel Morrison yemeye ko yari afite ingeso yo kwiba inkweto zo gukinana za Wayne Rooney na Rio Ferdinand muri âVestiaireâ kugirango abashe kubona amafaranga yo kugura ibyo kurya byo kugaburira umuryango we. Morrison wakuriye muri Academy ya Man. U. yari umwe mu bantu bafatwaga nâumutoza Sir Alex Ferguson […]
Yvonne Idamange arrĂȘtĂ©e, accusĂ©e d’incitation au dĂ©sordre public et agression
La Police nationale rwandaise (RNP) en collaboration avec le Bureau d’enquĂȘte du rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© lundi 15 fĂ©vrier Yvonne Idamange Iryamugwiza accusĂ©e d’incitation au dĂ©sordre public, de rĂ©sistance Ă une arrestation lĂ©gale et de voies de fait graves contre un agent des forces de l’ordre. «Le suspect a utilisĂ© une bouteille pour blesser la […]
Abayobozi bica abatavuga rumwe nabo ni ibigwari â Perezida Museveni

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko abayobozi bica abatavuga rumwe nabo ari ibigwari,ndetse ari abasazi, akomoza ku kuntu Idi Amin Dada yategetse iyicwa rya Musenyeri mukuru wa Uganda, Janani Luwum,mu 1977, nyuma yo kunenga akarengane yakoreraga abaturage ba Uganda. Ubwo hizihizwaga Umunsi witiriwe uyu wihaye inama mu ngoro ye kuri uyu wa Kabiri, Museveni […]
Gasabo: Minisitiri Shyaka yasubije abaturage isoko ryari ritangiye gusenywa nâUmurenge
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Prof. Shyaka Anastase, yasubije abahoze ari abazunguzayi uburenganzira bwo gucururiza mu isoko bari bambuwe ndetse ryatangiye gusenywa nâubuyobozi bwâUmurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo riherereye mu Kagali ka Ngara. Ni isoko bari bahawe nâumugiraneza mbere yâuko Umurenge wa Bumbogo uribambura ukabategeka ko bishakira ahandi bakorera. Umwe muri aba bacuruzi ubwo birukanwagamo […]
Umunsi Perezida Putin akanga Sarkozy akarwara ihungabana bamwe bakagirango yasinze
Icyo gihe hari muri Kamena mu 2007, ubwo nyuma yo kugirana ikiganiro na Vladimir Putin, uwari Perezida wâu Bufaransa Nicolas Sarkozy, yagaragaye imbere yâitangazamakuru yahungabanye bamwe bagakeka ko yaba yanyweye inzoga nyamara ari amagambo ateye ubwoba yari amaze kubwirwa nyuma yo kwiha kwigisha Putin. Nicolas Sarkozy wari umaze igihe gito atorewe kuyobora u Bufaransa mu […]
Arabia Saoudite: Urukiko rwakatiye umugore wishe umukozi wo mu rugo ukomoka muri Bangladesh
Urukiko rwo muri Arabia Saoudite rwakatiye igihano cyâurupfu umugore wo muri iki gihugu nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kwica umukozi we wo mu rugo ukomoka muri Bangladesh, umwanzuro abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko ari imbonekarimwe ku bakoresha bo muri iki gihugu bakunze guhohotera abakozi bâabimukira baba bagiye gushaka akazi mu Burasirazuba bwo Hagati. Uyu […]
Icukumbura: Indi sura yâumuvugabutumwa, EV. Igihozo Josiane ikomeje kujya ahagaragara
Uko iminsi igenda ishira kuva Ev. Igihozo Josiane yashyirwa mu majwi na madamu Mukandahiro Violette amushinja kuba yaramutwariye umugabo witwa Uwizeye Ernest akamutana abana icyenda, kuri ubu bakaba babayeho ubuzima bushaririye, amakuru akomeje kugenda atohozwa na Bwiza akomeje kugaragaza indi sura yâuyu muvugabutumwa benshi bashobora kuba batazi bitewe nâibyo abamuzi baturanye nâiyi miryango yombi bagenda […]
RDC: Abantu 16 nibo baguye mu bitero ku bigo 2 bya gisirikare muri Lubumbashi
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko abantu 16 barimo inyeshyamba 12 za Bakata-Katanga, abasirikare batatu, nâumwana nyuma yâaho izi nyeshyamba zicengeye kuri iki Cyumweru gishize muri Lubumbashi. Nkâuko itangazo ryashyizweho umukono mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize nâUmuvugizi wa FARDC, Maj. Gen. LĂ©on Richard Kasonga, urubuga 7SUR7.CD rwabashije kubona kopi yarwo kuri […]
Lubumbashi: Abasirikare 4 ba FARDC biciwe mu gitero ku kigo cya gisirikare cya Kimbembe
Abantu 11 barimo abasirikare bane ba FARDC kuri iki Cyumweru, itariki 14 Gashyantare biciwe mu gitero cyâinyeshyamba za Mai-Mai ku Kigo cya Gisirikare cya Kimbembe giherereye muri Lubumbashi. Umuyobozi wâUmujyi wa Lubumbashi watanze aya makuru, yavuze ko umusivili nawe yishwe nâisasu ryayobye. Ku ruhande rwâinyeshyamba ho hapfuye izigera kuri esheshatu. Usibye abaguye muri iyi mirwano […]
Abarengera abaguzi ntibumva ukuntu ibiciro bizamuka hari ibicuruzwa byabuze isoko
Umuryango urengera uburenganzira bw’abaguzi (ADECOR) ntiwumva ukuntu ibiciro byazamutse ku isoko kandi hari aho ibicuruzwa byabuze isoko. Ibi biravugwa mu gihe Raporo yâIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NSIR) igaragaza ko ibiciro byâibiribwa, ibicanwa nâibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 3.5% muri Mutarama 2021. Mu mijyi no mu byaro, abaturage bavuga ko byemezwa n’igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro cyakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyasohowe […]
Abagore 10 ba mbere bâabaherwe muri Afurika

Kuva muri Nigeria, Afurika yâEpfo kugera muri Angola, abagore bâAbanyafurika bakomeje kugenda bazamuka mu rwego rwa business, aho nabo bagenda bagira ubushobozi bwo kuba bahangana nâabandi, abagabo nâabagore bo mu bihugu byateye imbere nkâuko urutonde tugiye kubagezaho dukesha answersafrica.com rubigaragaza. 1. Isabel Dos Santos (Miliyari 2,2$) Isabel Dos Santos, umukobwa wâuwahoze ari Perezida wa Angola, […]
Burundi: Imbonerakure yambuye umuturage mbere yo kumuroha mu ruzi rwa Rusizi
Inzego zâumutekano mu Burundi zirimo guhiga umusore wâImbonerakure (urubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD) ushinjwa kwambura umwe mu Barundi batatu bari bagiye kujya muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yarangiza akamuroha mu ruzi rwa Rusizi. Abo Barundi batatu bashakaga kujya muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo banyuze ku ruzi rwa Rusizi, batewe nâumwe mu bagize ishyaka riri ku […]
Yatawe muri yombi agerageza kugurisha umwana we kuri facebook
Umugabo wo mu gihugu cya Misiri wagerageje kugurisha umuhungu we abinyujije kuri facebook yatawe muri yombi nâubuyobozi nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru byo muri iki gihugu kuri uyu wa Gatandatu. Uyu mugabo ucuruza imbaho ahitwa Giza mu Misiri, yafashwe nyuma yâigikorwa cyâinzego zâumutekano zakurikiranye ibyo akorera kuri internet nkâuko byatangajwe na Al Youm Al Sabea. Uyu yanishyuye […]
Uganda: Museveni yemeye ko abantu batawe muri yombi ariko nta waburiwe irengero
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, akaba nâUmugaba wâikirenga wâingabo zâigihugu, yiyemereye ko inzego zâumutekano zagiye zita muri yombi abantu hirya no hino mu gihugu mbere gato na nyuma yâamatora, ariko ahakana ko hari abantu baburiwe irengero. Ibura ryâabantu byâumwihariko abashyigikiye abatavuga rumwe nâubutegetsi mu minsi yegerezaga amatora yo muri Mutarama 2021 cyangwa nyuma yaho, rikaba […]
Njyewe nafatiwe mu nzira ntaha, ntawamfashe ndi kunywa inzoga â Miss Viviane
Uwizeye Vivine uzwi nka Miss Viviane aranyomoza amakuru yavugaga ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu yatawe muri yombi asanzwe mu Murenge wa Jali, ari kumwe nâabandi bantu mu rugo barugize akabari. Ku murongo wa telephone avugana na Bwiza.com, Miss Vivine yavuze ko atigeze afatwa arimo kunywa inzoga ahubwo yafatiwe mu nzira ataha. Ati: […]
Abakuru bâinzego zâumutekano mu Rwanda na RDC bateraniye i Kigali mu biganiro

Abayobozi b’inzego z’umutekano mu Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiranye ibiganiro bigamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi mu nama yateraniye i Kigali kuri uyu wa Gatandatu. Nta byinshi biratangazwa byaganiriwe muri iyi nama, gusa kuva ari ibiganiro hagati yâabakuru bâinzego zâumutekano bishobora kuba bifitanye isano nâibibazo byâumutekano bikunze mu burasirazuba bwa Congo, biterwa […]
Umusaza wâimyaka isaga 60 arashinjwa gufata ku ngufu umwana wâimyaka ine
Umusaza wâimyaka isaga 60 yafashe ku ngufu agakobwa kâimyaka ine yâamavuko mu gace ka Kamako, mu birometero 150 ugana mu majyepfo ya Tshipaka, umurwa mukuru wâIntara ya Kasai, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu musaza ushinjwa gufata ku ngufu yabikoze mu ijoro ryo kuwa kane, itariki 11 Gashyantare 2021 nkâuko byatangajwe na Padiri […]