Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% muri Mata 2017 ugereranyije na Mata 2016

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda cyashyize hanze igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Mata 2017, kigaragaza ko byagiye byiyongera mu mijyi no mu cyari ugereranyije n’umwaka ushize. Imibare isohorwa iba ari igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi. Ibiciro mu mijyi. Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% mu kwezi […]

Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ikomeje gutanga icyizere cyo kubaho

Gufata imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera Sida bikomeje gutanga icyizere cyo kubaho, i Burayi abayifata biyongereyeho imyaka 10 ku gihe gisanzwe cyo kubaho. Ibyo bigaragara ku mugabane w’u Burayi na Amerika ya Ruguru, ariko no muri Afurika ndetse no mu Rwanda, icyizere cyo kubaho cyagiye cyiyongera, aho usanga umwana wavukanye virusi itera Sida ashobora […]

Anonymous yatanze ibimenyetso iburira abatuye Isi ibasaba kwiteguta Intambara ya 3 y’Isi

Itsinda rya ba kabuhariwe mu kwinjira mu mabanga ahishe muri za mudasobwa rizwi ku izina rya Anonymous ryashyize ahagaragara video iburira abatuye Isi bose ngo bitegure Intambara ya 3 y’Isi mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya ya Ruguru bikomeje kwegereza ibikoresho by’intambara bitandukanye aho bishobora guhanganira. Ibimenyetso byose bigaragaza intambara itutumba mu […]

Nyamagabe: Inkomoko y’mvugo “Abatebo”, ubu bahindutse aba Très-bons

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gasaka, mu karere ka Nyamagabe, bavuga ko imvugo bajyaga babita y’uko ari abatebo,ubu yavuyeho bakaba basigaye bitwa abatrès —bons. Inkomoko y’iyi mvugo , ngo yaterwaga n’uko abahakomokaga babohaga ibitebo, ugasanga babyikoreye ku mutwe bajya kubigurisha ahahoze ari mu makomini ya Gitarama, nabo bakahagura ibishyimbo n’amasaka. Nk’uko bitangazwa na […]

Icyatumye urukundo rwa Rihanna na Karim Benzema ruyoyoka cyamenyekanye

Mu mwaka wa 2015, nibwo inkuru zacicikanye mu binyamakuru bitandukanye ko Rihanna n’umukinnyi Karim Benzema bari mu rukundo. Iby’uru rukundo ntabwo byakomeje kuvugwa cyane ariko ubu inshuti za hafi z’umuhanzikazi Rihanna zihamya ko ari we warwikuyemo. “Rihanna yakundaga Karim, yishimanye na we inshuro nyinshi”, ibi ni ibyatangajwe n’inshuti ya hafi ya Rihanna nk’uko ikinyamakuru 7suru […]

Leta y’u Rwanda igiye gutangiza uburyo bwo kwipima virusi itera Sida

Bitarenze uyu mwaka mu Rwanda hazatangira uburyo bushya bwo gupima virusi itera SIDA,aho buri wese ubishaka azajya yipima (HIV self-testing). Ubwo buryo bushya buzajya bukorerwa mu kanwa, nkuko Umuyobozi mukuru ushinzwe gahunda yo gupima virusi itera SIDA, Sangwayire Beatha yabitangaje. Ubu buryo bushya buzafasha mu kunganira ubundi bwari busanzwe buriho, burimo gufata amaraso ku mitwe […]

Ibasha kudukiza-Ev.John Rubanzabigwi

[17]Niba ari ibyo, Imana yacu dukorera ibasha kudukiza mu itanura ry’umuriro ugurumana, kandi izadukiza ukuboko kwawe nyagasani. [18]Ariko naho itadukiza, nyagasani umenye ko tutari bukorere imana zawe, habe no kuramya icyo gishushanyo cy’izahabu wakoze.” Aba basore bakoreraga Imana kdi bayizeyeho ubutabazi ariko bariyemeje kuyihamya naho itabakiza. Twe biratugora kuyihamya mu gihe Imana itari kudukorera ibyo […]

Guhindura Afurika ni uguhindura abayituye tubafasha kwikemurira ibibazo- Perezida Kagame

Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro inama yigira hamwe uburyo bwo guteza imbere umugabane w’ Afurika ku nshuro ya 3 (Transform Africa) yabereye i Kigali kuri uyu wa 10 Gicurasi 2017, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abakuru b’ibihugu by’Afurika guha umwanya w’imbere abaturage mu rwego rwo gushaka imikorere inoze igamije iterambere ry’umugabane. […]

Muhanga: Uwicishije umugore we ishoka yasabiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Gicurasi, umugabo wo mu Karere ka Muhanga ukurikiranweho kwica umugore we akoresheje ishoka yasabiwe n’ubushinjacyaha igihano cy’igifungo cya burundu. Uyu witwa Ntirenganya Jean Paul iki cyaha akaba yaragikoze mu ijoro ryo kuwa 16 Mata 2017. Urubanza rwe rwabereye mu ruhame aho yakoreye icyaha mu Kagari ka Rwigerero,Umurenge wa Mushishiro […]

Inyubako 10 ku isi ziteye ubwoba bitewe n'uburyo n'aho zubatse(Amafoto)

Ni kenshi mu bitangazamakuru bitandukanye hagenda hagaragara inyubako zo hirya no hino ku isi nziza kurusha izindi, inyubako ndende kurusha izindi, imijyi n’ibindi. Uyu munsi bwiza.com yagerageje kwegeranya amafoto y’inyubako ndende ariko kandi zinateye ubwoba bitewe n’uburyo ziremetse ndetse n’aho zihagaze, ku buryo bigoye guhita wemera ko zibamo abantu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya ni amafoto 10 […]

RDC: Me Azarias Ruberwa na Eugène Serufuli muri guverinoma y’inzibacyuho

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila yashyizeho guverinoma y’inzibacyuho,irimo bamwe mu bahoze mu mitwe irwanya ubutegetsi bwe n’ubwa Mobutu Sese Seko, barimo Azarias Ruberwa na Eugène Serufuli. Iyo Guverinoma itavugwaho rumwe, yahise inamaganwa na bamwe batavuga rumwe na Kabila , iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Bruno Tshibala utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe n’aba visi […]

Ibiciro bishya byo gusura Ingagi mu Rwanda ngo bishobora kugira ingaruka ku bukungu

Nyuma y’aho Leta y’u Rwanda ifatiye icyemezo cyo kuzamura igiciro cyo gusura ingagi kikava ku madolari $750 kugera ku $1,500, amashyirahamwe akora akazi ko kwakira no gutembereza ba mukerarugendo mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba akomeje kugaragaza ko atishimiye icyemezo avuga ko ari icya hutihutimu gihe abahanga basanga iki cyemezo gishobora gushyira u Rwanda mu kaga k’ubukungu […]

Abakinnyi 7 ba Rayon Sports basigaye i Kigali igiye gukina na Musanze

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, Masudi Djuma ari mu gihirahiro cy’uko yikura imbere ya Musanze Fc nyuma yo kubura abakinnyi be bagera kuri 7 batari bwitabire umukino. Mu mu mukino ubanza uri buhuze ikipe ya Rayon Sports na Musanze Fc kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi 2017, uri bubere kuri sitade Ubworoherane yo […]

Perezida Trump yirukanye umuyobozi wa FBI ukekwaho kumufasha gutsinda amatora

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yirukanye uwari Umuyobozi w’Urwego rushinzwe Iperereza (FBI), James B. Comey. Amakuru ariho akomoza ku kuba Comey yajijijwe uko yitwaye mu iperereza yakoze ku kibazo cyavugwaga kuri Hillary Clinton wari uhanganye na Trump mu matora y’umukuru w’igihugu, yuko yaba yarakoresheje Email ye bwite mu kazi ubwo yari […]

Uganda: Dr Stella Nyanzi ufunze yaje mu rukiko atwawe mu maboko nyuma yo kwitura hasi

Dr Stella Nyanzi wo muri Kaminuza ya Makerere, kuri ubu ufunze akurikiranweho gutuka umuryango wa perezida Museveni akoresheje imbuga nkoranyambaga, kuri ubu ararembye ku buryo yanituye hasi kuri uyu wa Gatatu ubwo yari yitabye urukiko. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nibwo Dr Nyanzi yitabye urukiko rw’Umuhanda wa Buganda (Buganda Road Court), ariko agaragaza […]

Burundi: Harikangwa indi Coup d’Etat cyangwa igitero gikomeye

Amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, ni uko mu Burundi inzego z’umutekano zatangiye kwitegura hirya no hino mu mujyi wa Bujumbura, bamwe bakavuga ko hari umugambi wo kongera kugerageza guhirika ubutegetsi cyangwa hakagabwa ibitero bikomeye. Kuva ku wa Mbere nibwo imodoka za gisirikare na polisi zatangiye kuzenguruka mu bice bya Mutakura na Cibitoke, uduce twabereyemo […]

Sudani y’Epfo: Perezida Kiir yirukanye mu mirimo umukuru w’igisirikare

Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir yirukanye kuri uyu wa kabiri tariki ya 9 Gicurasi 2017, umuyobozi w’igisirikare cye Paul Malong amuziza ko batavuga rumwe ku bijyanye n’amoko ya bo. Umuvugizi wa perezida Salva Kiir yavuze ko uyu muyobozi mukuru w’igisirikare, Malong yasimbujwe General James Ajongo Mawut kuri uriya mwanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Paul Malong yirukanywe […]

Bimwe mu byigirwa mu nama ya Transform Africa ku nshuro ya 3 i Kigali

Kuri uyu wa 10 Gicurasi 2017 mu Rwanda haratangira ku nshuro ya gatatu, Inama yo ku rwego Mpuzamahanga ku ikoranabuhanga “Transform Africa”. Mu rwego rwo kuzamura imibereho y’abatuye afrika by’umwihariko ibihugu 17 by’ibinyamuryango mu ihuriro Smart Afrika u Rwanda narwo rurimo ; aho rwiyemeje guteza imbere imijyi igezweho. I Kigali ni naho habarizwa icyicaro cy’iri […]

Loni yambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda muri Darfur

Abapolisi 80 bakorera mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Darfur(UNAMID) bambitswe imidari y’ishimwe kuri uyu wa kabiri taliki ya 9 Gicurasi 2017. Uyu muhango abereye ku cyicaro gikuru cy’ubu butumwa wayobowe n’intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru wa Loni muri UNAMID , Kingsley Mamabolo. Abambitswe imidari ni abarimo gusoza igihe cy’umwaka bamara mu butumwa bw’amahoro badakorera mu […]

Umunyamabanga mukuru wa EAC arashinjwa kunyereza umutungo wayo

Ku cyicaro gikuru cy’Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC) hatangiye iperereza ku bijyanye no kunyereza no kwiba amafaranga y’uwo muryango. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru cyo mu Burundi, UBM news nacyo gikesha Chimpreports cyo muri Uganda agaragaza ko ,Dr Bukuku Enos, Umunyatanzaniya wungirije Mfumukeko Liberat , unashinzwe ubukungu muri uwo muryango yatangiye iperereza hagamijwe kumenyekana impamvu y’ibikekwa. […]

Guverinoma yasubijwe umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza irishyiraho UR

Abagize inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite bafashe umwanzuro nta mpaka wo gusubiza guverinoma umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko rishyiraho Kaminuza y’u Rwanda(UR). Intandaro yo gusubiza guverinoma umushinga w’itegeko ni uko ukeneye ubugororangingo nkuko Royal Tv yabitangaje. Guhuza ingingo z’aya mategeko yombi ni ukuvuga umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko rishyiraho kaminuza y’u Rwanda ryasohotse […]

Zimbabwe: Perezida Mugabe yagiye kwivuza muri Singapore

Perezida wa leta ya, Zimbabwe Robert Mugabe yerekeje mu gihugu cya Singapore kwisuzumisha, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ca Leta ya kiriya gihugu, ‘The Helard’, nyuma yo kumva ubuzima bwe butameze neza guhera mu minsi yashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa AFP byatangaje ko uyu muyobozi yumvikanye n’ijwi rirushye cyane ndetse ryumvikanishaga ko afite integer ncye […]

Amakuru ya Christiano Ronaldo, afatwa nk’umwami wa Ruhago n’umwami w'abakobwa

Umukinnyi w’umupira w’amaguru Christiano Ronaldo, amaze kwandika izina mu mwuga we wo gukira ruhago ariko akaba n’umwe mu bakinnyi bafite umwihariko wo kugaragarana n’abakobwa ndets e n’abagore batandukanye bagiye bamugtaragariza urukundo cyane cyane mu bihe bye by’akaruhuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukinnyi uherutse no kwishimira intsinzi ye y’igitego cya 400 kuva yagera mu ikipe ya real […]

U Rwanda rugiye kwiyongeraho Megawati 80 muri 2019

Mu mpera za 2019, u Rwanda ruzabona amashanyarazi aturuka kuri nyiramugengeri zingana na megawati 80. Ibi byatangajwe ubwo Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yashyiraga ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda ruzakora ibyo bikorwa ruherereye mu karere ka Gisagara. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’iyo Minisiteri n’urwa EUCL, iyo mirimo izakorwa mu gihe cy’amezi 36, itware miliyoni […]

Rusizi: Umugabo w’imyaka 49 akurikiranweho kwica umugore we

Umugabo wo mu Karere ka Rusizi amaze iminsi mu maboko y’ubutabera akurikiranweho icyaha cyo kwiyicira umugore amuziza ko yanze ko yinjiza ibyibano mu nzu yabo. Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Rusizi bukaba bukurikiranye uyu mugabo witwa NTAGOZERA Stanislas w’imyaka 49 y’amavuko icyaha cyo kwica umugore we; cyakozwe mu ijoro ryo ku itariki 03 Gicurasi 2017. [xyz-ihs […]

RDC : Leta n’ishyaka UDPS baritana bamwana bapfa umurambo wa rya Tshisekedi

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irashinja abayoboke b’ishyaka UDPS gutwika imodoka ya polisi, ubuyobozi bw’iryo shyaka bukabyita ikinyoma gikabije. Iyo modoka yatwikiwe hafi y’ibiro by’iryo shyaka mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 9 Gicurasi 2017. Ahatwikiwe iyo modoka i Limete, mu mujyi wa Kinshasa, ahari ibiro bikuru bya UDPS humvikanye n’amasasu, […]

Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera

Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane(Transparency International), ishami ry’u Rwanda(TI-R) urasaba ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo bakoze amakosa byiyongera kuko ngo batuma abanyereza umutungo wa leta batagaragara. Ingabire Marie Immaculee, asanga gutinya ibyo bihano byajya bituma bagaragaza bamwe mu bayobozi bashinzwe amasoko muri Leta usanga baba basaba ruswa, bigatera igihombo igihugu. Yabihereye ku gitekerezo cy’umwe mu […]

Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n’ubw’abagabo (Ubushakashatsi)

Abagabo benshi babihinduye nk’urwenya, nyuma yo kumva ko barusha ab’igitsinagore ubwonko bunini, binashobora kugendana no kuba babarusha gutekereza cyane. Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu gihugu cya Nethelands bwerekanye ko abagabo barusha abagore ubushobozi, ubwo bise IQ ku kigero gihagije, ubu bushobozi ari na bwo butuma umuntu abasha gutekerea ibintu byinshi cyangwa ibyo abantu bakunze kwita kureba […]

U Burusiya bwasohoye ibitwaro karundura mu karasisi ka gisirikare-REBA AMAFOTO

U Burusiya bwasohoye ibitwaro bya bwo bikomeye, ubwo abasirikare bakoraga akarasisi hizihizwa isabukuru y’imyaka 72 ishize habonetse intsinzi mu ntambara ya Kabiri y’isi, Ubudage bwa Hitler n’ibindi bihugu byari biburi inyuma bitsinzwe. Ibi birori byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Gicurasi 2017, Perezisa Putin W’Uburusiya yasabye isi yose kwishyira hamwe, harwanywa iterabwoba. Yagize […]

Khartoum: Abakirisitu bo muri Sudani baratabaza nyuma yo gusenyerwaho urusengero

Leta ya Khartoum muri Sudani kuri iki Cyumweru gishize yasenye ku bakirisitu urusengero basengeragamo ahitwa Soba Al-Aradi, mu birometero nka 19 uvuye mu murwa mukuru wa Sudani. Ibi ariko ngo bikaba byarakozwe mu gihe abayobozi muri guverinoma y’iki gihugu bari basabye ko ibyo bintu byo gusenya insengero. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru gishize, itariki […]

Amafoto adasanzwe y'imiryango 280 yasezeraniye rimwe imbere y'Imana

Mu mpera z’icyumweru gishize, muri Uganda mimiryango igera kuri 280 yasezeraniye rimwe, igikorwa cyaherukaga kuba na none mu mwaka ushize, aho abashaka gusezerana kuzabana akaramata bihuza bagategura ibirori ndetse bakabikorera rimwe, ahantu hamwe, bakagenda mu modoka imwe, ndetse ugasanga ari urwererane ku musozi wose aho baba bari. Nimuriurwo rwego abagore bagera kuri 280 n’abagabo babo […]

Ibintu by'ingenzi byaranze itariki ya 09 Gicurasi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuwa 09 Gicurasi 1994 hishwe abatutsi benshi bari bahungiye mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya Gatagara muri Perefegitura ya Butare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] · Uwari umuvugizi w’ igisirikare cya Leta zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko nubwo indege za Amerika zirimo gutwara ibikoresho by’ ubutabazi bw’ibanze nta ngabo za Amerika zagombaga kuza mu Rwanda. · Leta ya […]

Intare ebyiri n’inkura 8 byiyongereye muri pariki y’Akagera

Umubare w’inyamaswa nini muri pariki y’Akagera mu Rwanda ukomeje kwiyongera, nyuma yo kunguka intare ebyiri z’ingabo n’inkura 8. Nkuko bigaragara kuri twitter ya pariki y’Akagera, izo nyamaswa zagejejwe mu Rwanda zivanywe muri Afurika y’Epfo. Izo nkura ziyongereye ku zindi 10 zazanywe mu Rwanda mu cyumweru gishize zivanywe muri icyo gihugu. Ku byerekeranye n’intare, zije ziyongera […]

Imibereho itangaje y'abana babana na ba nyina bafungiye muri Gereza ya Muhanga

Kuva mu 2011, abana bato babana n’ababyeyi bafunze n’abavukiye muri Gereza ya Muhanga, bashyiriweho irerero aho bitabwaho mu buryo butuma iyo boherejwe mu miryango bakomokamo baba bafite ubuzima bwiza n’imyitwarire iri ku rwego rumwe n’urw’abo hanze ya gereza. Muri gereza ya Muhanga habamo abana 52 ariko badafatwa nk’imfungwa ahubwo bahabeshejwe n’uburenganzira bahabwa n’amategeko bwo kurerwa […]

Burundi: Umugabo yishwe urw’agashinyaguro, akurwamo amaso n’amatwi arakatwa

Umugabo witwa Ciza, yari asanzwe ari umucuruzi w’inyanya, umurambo we wabonwe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Gicurasi, yishwe urw’agashinyaguro. Umurambo we watowe ku musozi wa Kigabaniro, zone Gitaza, komine ya Muhuta mu Ntara ya Rumonge, abamwishe ntibahise bamenyekana ngo bafatwe. Basize bamukuyemo amaso ndetse n’amatwi ye barayakata. Amakuru yatangajwe n’abashinzwe […]

Eddy Kenzo yongeye guca agahigo ko kuzuza stade abafana muri Guinea (Amafoto)

Umuhanzi wo muri uganda, Eddy Kenzo aherutse gukorera igitaramo cy’akataraboneka mu gihugu cya Guinea, ku nshuro ya kabiri yongera kwinjiza abantu batagira ingano baje kureba no kumva ibihangano bye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi wamenye kanye cyane muri Uganda ndetse no mu karere, avugwaho kuba yaramaze no kurenga akajya mu bihugu bya kure ku mugabane w’Afurika, […]

Ukudahana bigira ingaruka ku mutekano n’iterambere by’igihugu n’abagituye- Min Busingye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa ya Leta, Johnston Busingye yabwiye icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye bakuru ba Polisi 30 biga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu karere ka Musanze ibijyanye n’Ubuyobozi mu bya Gipolisi no guhosha amakimbirane ko ubutabera kuri bose ari inkingi ya mwamba y’amahoro, umutekano n’iterambere birambye. Ibi yabibabwiriye mu kiganiro yagiranye […]

Koreya ya Ruguru yafunze Umunyamerika ikekaho ibikorwa bihungabanya leta

Ikigo cy’itangazamakuru cya leta ya Korea ya Ruguru KCNA, kiravuga ko Kim Hak-song wafashwe yakoraga kuri kaminuza ya Pyongyang yigisha iby’ikoranabuhanga na siyansi; University of Science and Technology (PUST). Ibyo bibaye mu gihe mu myaka yashize Leta Zunze Ubumwe zashinje Koreya ya Ruguru guta muri yombi abenegihugu ba Amerika igamije kubakoresha nk’ibitambo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] KCNA […]

Minisitiri Kaboneka yagaye imitegekere yari igiye guciira abanyarwanda muri Gabon

“Twageze aho u Rwanda ruca abana barwo” ni imvugo igarukwaho na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka, agaragaza uburyo ubunyarwanda bwigeze guteshwa agaciro, bamwe bakifurizwa kujya koherwa mu mahanga. Kaboneka yabibwiraga abanyamakuru bari mu itorero riherutse kubera mu Karere ka Burera mu mpera z’ukwezi gushize. Ayo mateka yagarutseho yabayeho muri repubulika ya kabiri, ubwo uwari Perezida […]

Malawi: Urukiko Rukuru rwitambitse iyoherezwa rya Vincent Murekezi mu Rwanda

Umwunganizi w’Umunyarwanda, Vincent Murekezi witwa Wapona Kita yabashije kwitambika igikorwa cyo koherereza ubutabe bw’u Rwanda uyu mugabo ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mwunganizi akaba yanasabye Urukiko Rukuru rwa Lilongwe kubuza kongera kumva iki kibazo kugeza igihe urukiko rukuru ruzatangira uburenganzira. Umuyobozi wungirje mu bushinjacyaha bwa leta ya Malawi, Steven Kanyuni, we yatangaje […]

RDC: Ba ofisiye bato babiri ba FARDC bishwe na FDLR ifatanyije na Nyatura

Abantu batatu bishwe naho abagera kuri bane bakomerekera kuri uyu wa mbere, itariki 08 Gicurasi, mu gitero inyeshyamba za FDLR zifatanyije n’iz’umutwe wa Nyatura zagabye ku birindiro by’ingabo za Congo, FARDC, ahitwa Kitshanga, mu birometero 83 uvuye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma. Mu baguye muri ibi bitero, harimo abasirikare bakuru babiri ba leta ya […]

I Kigali hagiye guteranira inama ya 4 y'Umuryango w’Amagereza yo muri Afurika (ACSA)

Guhera kuwa 15 Gicurasi 2017 kugeza kuwa 19 Gicurasi 2017 i Kigali hazateranira inama y’umuryango uhuza amagereza yo muri Afurika (ACSA) Africa Correctional Service Association. Iyi nama izateranira muri Kigali Convetion Center (KCC) biteganijwe ko izitabirwa n’abantu bari hagati ya 200 na 500 baturutse mu Rwanda no mu mahanga. Abakuru b’amagereza yo muri Afurika bazungurana […]

Nigeria: Umupasiteri yafatanywe agahanga k’umuntu mu rugo iwe

Umupasiteri w’imyaka 55 y’amavuko utatangarijwe amazina acumbikiwe na polisi yo mu gace ka Oyo mu gihugu cya Nigeria, nyuma yo gufatanwa ibintu bitemewe birimo amahembe y’imbogo, imbunda n’ibindi bitandukanye birimo n’agahanga k’umuntu kamaze igihe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Polisi yo muri aka gace ivuga ko uyu mupasiteri ari na we washinze itorero rya “Cherubim and Seraphim Church”, […]

Ese ko Kagame na FPR bakoze ibyo Abanyarwanda bari bakeneye mu myaka 23, opposition yakoze iki?

Imyaka 23 ishize u Rwanda ruyobowe n’Umuryango wa FPR-Inkotanyi nyuma y’urugamba rwo kubohora igihugu rwamaze imyaka ine rwarangiye igihugu gisa n’aho cyasenyutse burundu. Bikaba byari bigoye kuvuga ko hazabaho kwiyubaka kugera naho kigirwaho muri gahunda zitandukanye zikunze kuzana Abanyamahanga baje kugifatiraho ingero. Benshi muri opposition (barwanya cyangwa bashaka impinduka no kuba basimbura FPR na Kagame), […]

Biraro asanga isomo rya Minisitiri wagaruje umutungo wa Leta ryakumira igihombo cyabagaho

Miliyoni 70 zasubiye mu isanduku ya Leta nyuma yo kunyerezwa, ariko Minisitiri ureberera ikigo yari yanyerejwemo agasaba ko aboneka. Ayo mafaranga yari yanyerejwe mu kigo kirebererwa na Minisiteri, Umugenzuzi Mukurun w’Imari n’Umutungo bya Leta, Obadiah Biraro atashatse gutangaza, mu mpera z’icyumweru gishize,ubwo yari mu kiganiro Isesenguramakuru gitambuka kuri RBA. Ubwo yari agiye gusinya ku nyandiko […]

RDC: Abashinwa 2 batawe muri yombi nyuma yo gufatwa batwaye imodoka y’igipolisi

Abashinwa babiri bafungiye kuva mu minsi 5 ishize muri gereza ya Kasapa I Lubumbashi ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nk’uko byatangajwe n’ubutabera bw’iki gihugu kuri iki Cyumweru, itariki 7 Gicurasi. Aba bakaba barafashwe batwaye imodoka y’igipolisi idafite ibirango (Plaque), ikibazo cyabo kikaba kiri mu rukiko rwisumbuye rwa Lubumbashi. Ibi ngo byabereye kuwa Mbere […]

Uko Rwigema ari mu batumye Gen Muhoozi akunda igisirikare n’ukuntu yarusimbutse inshuro 2

Umuhungu wa perezida Yoweri Museveni akaba n’umujyanama we mu bijyanye n’ibikorwa bidasanzwe bya gisirikare, Gen. Muhoozi Kainerugaba yahishuye ukuntu gukura abona ba Rwigema ari byo byatumye akunda igisirikare ndetse nuko yarusimbutse afite imyaka 6 y’amavuko. Gen Muhoozi w’imyaka 42 y’amavuko umaze kumenyekana cyane mu itangazamakuru rya Uganda kubera ibiganiro agirana nabyo, kuri iyi nshuro yari […]

Nyarugenge: Yafatanywe Impushya ebyiri zo gutwara ibinyabiziga z’inyiganano

Mugabe Jean Baptiste afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyarugenge nyuma y’aho Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge imufatanye impushya ebyiri zo gutwara ibinyabiziga z’inyiganano. Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kabanda yavuze ko yafatiwe mu Kagari ka Kiyovu, mu Murenge wa Nyarugenge ku […]

Perezida Nkurunziza mu ba mbere bishimiye intsinzi ya Perezida w’Ubufaransa

Perezida Nkurunziza ni umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bishimiye intsinzi ya Emmanuel Macron bwa mbere, ubwo yari amaze gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Nkurunziza yatangaje ko yakurikiranye amatora uko yagenze yose, yishimira ko Macron yatsinze by’umwihariko ko ari we wari ubikwiye. Ati: “Ni ku bw’inyungu cyane […]

E.U ishobora kutazohereza indorerezi z’amatora mu gihe inaha amahirwe yo gutsinda Kagame

Umuyobozi mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda asanga perezida Paul Kagame ari we ufite amahirwe yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda ndetse akanavuga ko ashidikanya ku kuba uyu muryango uzirirwa unohereza indorerezi z’amatora mu Rwanda. Bwana Micheal Ryan, ukuriye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (E.U) mu Rwanda, ibi aherutse kubitangariza itangazamakuru i Kigali, umunsi umwe […]

U Bufaransa: Emmanuel Macron yatsinze amatora y'Umukuru w'igihugu

Mu matora y’Umukuru w’igihugu mu Bufaransa yabayekuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, umukandida Emmanuel Macron yatsindiye kuba Perezida w’u Bufaransa, akaba atsinze Marine Le Pen bari bahanganye ku majwi arenga 65 ku ijana. Imibare ya mbere igaragaza ko Macron w’imyaka 39 uyobora ihuriro En Marche abaye umukuru w’igihugu wa mbere muto mu mateka ugiye gutegeka […]

U Bufaransa: Ese hagati ya Macron na Le Pen ninde uri butsinde amatora?

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, abaturage bo hirya no hhino mu gihugu cy’u Bufaransa bazindukiye mu bikorwa by’amatora, aho bagomba guhitamo perezida mushya w’igihugu nyuma y’ibikorwa byo kwiyamamaza byateye impaka zikomeye mu gihugu ha gati ya Macron na Le Pen. Aya akaba aria amatora y’umukuru w’igihugu mu cyiciro cya kabiri yatgiye […]

Kigali: Igikorwa cy’Abasukuti cyatanze ubutumwa ku bigisha amateka ya jenoside

Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye ku manywa y’ihangu, ku buryo ari ukuri abantu batandukanye bagakwiye kwigisha abandi, ababyeyi ku bana babo n’abarezi ku banyeshuri, bikarinda bamwe kugoreka ukuri kwayo. Abana ariko nibo bafite ikibazo gikomeye cyo kumenya ukuri kw’iyo jenoside, cyane abavutse nyuma ya yo bagombye guhabwa ubwo bumenyi guhera mu mashuri abanza bakazamuka babuzi. [xyz-ihs […]

Tanzania: Perezida Magufuli yahumurije imiryango y’abana 29 baguye mu mpanuka

Perezida wa Tanzania Dr John Pombe yahumurije imiryango y’abana b’abanyeshuri basaga 29 bahitanywe n’impanuka y’imodoka kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Gicurasi, abarimu babo 2 ndetse n’uwari utwaye imodoka ubwo bari bagiye mu bizamini bisoza. Ikinyamakuru jeunafrique kivuga ko iyi mpanuka yabereye mu karere ka Karatu gaherereye mu majyaruguru y’iki gihugu, Ibitangazamakuru bitandukanye muri […]

Muhanga: Umugabo yafatanywe Amayero 1300 y’amahimbano arimo kuyavunjisha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga yafashe kandi ifunga umugabo witwa Nsengiyumva Modeste w’imyaka 32, afite amafaranga y’Amayero agera ku 1300 y’amahimbano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Polisi w’umusigire mu karere ka Muhanga, Inspector of Police(IP) Claver Kayihura, Polisi yakiriye amakuru ihawe n’ubuyobozi bwa Banki imwe ikorera mu mujyi wa Muhanga, ko […]

Mu bihugu 2 by’ibihangange, njye nzi kimwe gusa, ni u Rwanda- Gen. Mubaraka

Gen Mubaraka Muganga avuga ko mu bihugu by’ibihangange azi, u Rwanda ruza ku isonga, umwanya wa kabiri ugahatanirwa n’ibindi bihugu bitandukanye. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagejeje ku rubyiruko, rwibumbiye muri AERG na GAERG, imiryango yombi ihuza urubyiruko rwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwo basozaga igikorwa bise AERG/GAERG week, mu karere ka Nyagatare. Avuga ubutwari bw’ingabo z’u […]

Kigali: Abasukuti baribuka bagenzi babo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Abasukuti bo mu karere ka Nyarugenge bateguye igikorwa cyo kwibuka abasukuti bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, banazirikana uburyo abasukuti batigeze bijandika muri jenoside. Icyo gikorwa kiratangirwa n’urugendo rugana ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi. Komiseri w’Abasukuti mu karere ka Nyarugenge, Kwisanga Janvier yabwiye Bwiza.com, ko bateguye uwo munsi mu rwego rwo […]

Ibintu 10 abagore baba bifuza ku bagabo babo

Iyo umugore n’umugabo babana si ko bose baba bahuza ku byifuzo by’uko umwe yifuza ko undi yitwara, mu gihe abagabo mu mitwe yabo akenshi haba hibereyemo amafaranga n’iterambere, abagore bo usanga buri kantu kose bagatekerezaho, bakanagaha agaciro, dore ibintu umugore buri gihe aba yifuza ku mugabo we, umuntu ni mugari ariko hari bimwe mu bishoboka: […]

Rusizi: Inyubako yuzuye ku mupaka wa Rusizi ya mbere igiye guca akajagari

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi, abashoramari bishyize hamwe bakubaka inyubako igezweho y’ubucuruzi bwambukiranya imipaka ku mupaka wa Rusizi ya mbere kimwe n’abacuruzi b’Abanyarwanda n’abanyekongo bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, barahuriza ku cyizere cy’iterambere mu ishoramari ryambukiranya imipaka rigiye kuzanwa n’iyi nyubako, n’icibwa ry’akajagari mu bucuruzi. Nk’uko Bwiza.com yabitangarijwe n’umwe mu bashoramari bishyize hamwe bakubaka iyi gotofa igeretse […]

Uganda: Imodoka ikomoka mu Rwanda yateje impanuka yaguyemo barindwi

Imodoka ifite ibirango byo mu Rwanda[pulaki] RAC 374 T iravugwaho guteza impanuka yaguyemo abantu 7 i Masaka muri Uganda. Iyo mpanuka yabaye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Gicurasi 2017, igeze ahitwa i Mpugwe mu muhanda Kampala-Masaka nkuko Daily Monitor yabitangaje. Umuvugizi wa polisi mu gace ka Masaka, Lameck Kigozi yatangaje ko […]