Sudani yâEpfo irashinjwa gukomeza kugura ibitwaro mu gihe ubukungu burushaho kuba nabi
Igihugu cya Sudani yâEpfo kirashinjwa kugura ibitwaro nyamara cyugarijwe nâibibazo byâubukungu, aho raporo nshya yâUmuryango wâAbibumbye ivuga ko guverinoma yâiki gihugu yaguze indege 2 zâintambara, amakamyo yuzuye amasasu yâintwaro nto ndetse ngo ikaba inashaka gukora amasasu, mu gihe ngo abarwanya ubutegetsi nta ntwaro zifatika baherutse kubona nkâuko iyi raporo yâibanga Reuters yabonye kuri uyu wa […]
Itorero ryâ Abadivantisiti rikomeje kwibasira Pasiteri Ezra Mpyisi
Umukambwe , Pasiteri Ezra Mpyisi umaze imyaka 65 ari umuvugabutumwa mu itorero ryâAbadivantisiti bâumunsi wa Karindwi mu Rwanda, yibasiwe nâabayobozi bâiri torero ndetse bajya banamukumira bamuziza ko yavuze ko amadini yose ari aya Satani. Muri Kamena 2016, nibwo Pasiteri Ezra Mpyisi yatangaje ikinyamakuru ko atemeranya na gato nâabavuga ko amadini nâamatorero ari ibyâImana, ahubwo ngo […]
Zilatan yatangiye kwicuza impamvu atakoranye na Mourinho kuva na mbere
Nyuma yâigihe gito Zilatan Ibrahimovic ageze muri Manchester United yatangiye kwicuza impamvu kuva kera na kare atigeze yisunga Jose Mourinho bitewe nâubushobozi amubonamo. Uyu musore yavuze ibyo mu gihe Man Utd irimo kwitwara neza mu ntangiro za shampiyona bitewe nâimipangire myiza yâumutoza ibintu ngo bimuha ikizere cyâuko ashobora no gutwara igikombe. Ku mukino wa Man […]
Gatsibo: Abayisilamu barasabwa kurwanya ingengabitekerezo ishingiye ku iterabwoba
Bitewe n’ uko aka karere gafite amateka maremare ku idini, Ubuyobozi bwâAkarere ka Gatsibo burasaba abayoboke bâidini ya Isilamu, kurwanya ingengabitecyerezo ishingiye ku bikorwa byâiterabwoba. Ibi byashimangiwe kuri uyu wa Kane tariki 8 Nzeli 2016, mu nama yahuje ubuyobozi bwâaka karere nâabayoboke bâIdini ya Isilamu. Byari mu nama igamije kurwanya no gukumira ibikorwa byâiterabwo bishingiye […]
Igipolisi cyahakanye kugaburira Ingurube Mukulu wayoboraga ADF ari Umusilamu
Igipolisi cya Uganda cyahakanye ibirego gishinjwa byo gukorera iyicarubozo uwahoze ari umukuru wâinyeshyamba zigendera ku matwara yâubuhezanguni ya kisilamu, Jamil Mukulu kugeza ubwo ngo kimugaburiye Ingurube kandi ari ikizira ku basilamu. Ibi birego byashyizwe ahagaragara na jamil Mukulu ubwe ubwo yagezwaga imbere yâumucamanza wâurukiko muri Jinja kuwa kabiri ushize mbere yo kujyanwa muri Gereza ya […]
Kuki abahanzi bakunze kwambara imyenda ya gisirikare?
Urubyiruko rwinshi rwiganjemo abahanzi rukunze kugaragara rwambaye imyambaro ya gisirikare mu buzima bwa buri munsi ariko cyane cyane no mu bitaramo. Mu rwego rwo kumenya icyo abahanzi babitekerezaho twaganiriye na bamwe muri bo ariko badusaba ko dutatangaza amazi yabo. Ku ikubitiro uwa mbere yagize ati:â ku ruhande rumwe , numva impamvu yatuma umuntu yambara umwenda […]
Kigoma: Abaturage borojwe amatungo magufi ariko yororoka vuba ngo biteze imbere
Ku bufatanye bwâAkarere ka Huye nâUmufatanyabikorwa World Vision, bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye, mu Murenge wa Kigoma borojwe amatungo magufi ariko yororoka vuba kugira ngo babashe kwiteza imbere. Iki gikorwa cyo koroza abaturage ubworozi bwâingurube, cyabaye kuri uyu wa gatatu tariki ya 7 Nzeri 2016, kikaba ari igikorwa cyiza cyakorewe abaturage bo […]
U Bwongereza bugiye kohereza abandi basirikare 100 muri Sudani yâEpfo
Abasirikare basaga 100 bâu Bwongereza bagiye gusanga abandi bâUmuryango wâAbibumbye bakorera muri Sudani yâEpfo nkâuko byatangajwe kuri uyu wa kane na minisitiri wâingabo , ingabo zose zâu Bwongereza muri iki gihugu zikazaba zigeze kuri 400. Minisitiri wâingabo, Micheal Fallon yavuze ko kohereza izi ngabo zizagenda zisanga izindi 300 zâAbongereza zisanzwe mu karere, bishobora kuzafasha kugabanya […]
Waba uzi uturere two ku Isi bita utw'urupfu “Triangle de la mort ” kubera amakimbirane aduhoramo ?
– Bamwe bati iyi ni Yerusalemu idashobora kugabanywamo uduce – Abandi bati Ikiyaga ni Niassa si Malawi – Undi ati, ko Falks Islands ziyoborwa na UK, Migingo Island yabananije iki Iyi si dutuye igabanijemo imigabane 5, Muri iyo migabane ariko nayo hagabanijemo uturere [ sub-regions ] tuba dufite amateka yatwo yihariye amenshi meza n’andi mabi […]
Ibintu 5 ukwiye kumenya ku Munyamabanga Mukuru mushya wa CNDD, Gen. Evariste Ndayishimiye
Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi kuva mu 2005 mu gihugu cyâu Burundi, riherutse gutora Umunyamabanga Mukuru waryo mushya, umwanya waje ukuraho uwa perezida wâishyaka wari usanzwe, ugahabwa Gen. Evariste Ndayishimiye. Ese uyu mugabo ni muntu ki? Ibintu bitanu byâingenzi ukwiye kumumenyaho. Azwiho kuba umuhanga mu kuvuga imbwirwaruhame zihumuriza Umuyobozi mushya wâishyaka CNDD yagiye akoresha amagambo […]
Abahinzi barasabwa kuba baretse gutera imbuto muri iki gihe cyâumuhindo
Ikigo gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda kiraburira Abahinzi kuba baretse gutera imbuto muri iki gihe kuko imvura yâabahinzi ikiri nkeya bityo bikaba bishobora kubangiriza imyaka. Iki kigo kivuga ko muri uyu muhindo imvura izaba nke ugereranyije nâiyaguye mu mwaka ushize, kuko ngo iyâiki gihe izibanda mu ntara yâIburengerazuba nâAmajyaruguru naho mu yâIburasirazuba nâAmajyepfo izaba nke. Abakozi […]
Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo
Guhuza mu umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) biracyari ikibazo kuko ibihugu bishinjanya gushaka nyungu zabyo aho gushaka inyungu zâumuryango. Uku kutumvikana kwatewe no kutumvikana ku masezerano yâubufatanye mu ubukungu hagati yâuyu muryango nâumuryango wâubumwe bwâuburayi aho ibihugu bimwe byasinye aya masezerano ibindi bihugu byanga kuyasinya. Ibihugu byasinye kuri aya masezerano ni u Rwanda na Kenya […]
Ambasaderi wâUbuyapani mu Rwanda yasuye Polisi yâu Rwanda
Tariki ya 8 Nzeri 2016, Ambasaderi wâUbuyapani mu Rwanda Takayuki Miyashita yasuye icyicaro cya Polisi yâu Rwanda ku Kacyiru, akaba yarashimishijwe cyane nâibyo Polisi yâu Rwanda imaze kugeraho, mu kwifashisha ikoranabuhanga mu kubungabunga umutekano no kwirinda ibyawuhungabanya. Ambasaderi Takayuki yakiriwe nâUmuyobozi mukuru wa Polisi yâu Rwanda (IGP) Emmanuel K. Gasana, ndetse banagirana ibiganiro. Yanasuye kandi […]
Igihango Habyalimana yagiranye na Mobutu ni intandaro yo kudasenya FDLR
Mu gihe hakibazwa impamvu Umuryango mpuzamahanga udashyira mu bikorwa icyemezo cyo kwambura intwaro umutwe wa FDLR abakurikiranira hafi politiki mpuzamahanga basanga kuba uyu mutwe ushyigikiwe nâ umuryango SADC ntawapfa kuwisukira. Hitegerejwe uburyo ingabo zidasanzwe za Loni (Brigade Speciale dâ Intervention) zigizwe ahanini nâ ibihugu bimwe byo muri SADC yasenye inyeshyamba za M23 mu gihe gito […]
Nyabihu : Abagore babiri bafatanywe udupfunyika twâurumogi dusaga 7600
Polisi yâu Rwanda mu karere ka Nyabihu yafatiye mu mikwabu itandukanye abagore babiri bafite bule zâurumogi zisaga 7600. Abarufatanwe ni Uwamahoro Chantal; wafashwe ku ya 8 Nzeri na Akingeneye Sofia; wafashwe tariki 7 Nzeri. Bombi bafatiwe mu kagari ka Kora, ho mu murenge wa Bigogwe, aho ubanza yafatanwe bule 6081, naho uheruka akaba yarafatanwe bule […]
Afrima award 2016:Butera Knowless mu byamamare byatoranyijwe guhatanira ibihembo
Umuhanzikazi Butera Knowless nyuma yo gutwara ibihembo birimo nâibya Guma Guma, yagaragaye ku rutonde rwâabazahatanira ibihembo bya Afrima Award 2016. Uyu muhanzikazi agaragaye ku rutonde rumwe nâabahanzi bakomeye ku rwego rwâAfrika mu gisata cyâabahanzi bafite ejo hazaza ndetse no mu bahanzi baririmba mu injyana ya R&B. Abahanzi bahanganye muri ibi bisata uko ari bibiri, harimo […]
Pasitoro yishe undi bapfuye impaka ku iyobokamana
Umusaza wâumupasitoro yarashwe yicwa na mugenzi we wâumupasitoro ufite ubumuga, nyuma yo kujya impaka za ngo turwane ku iyobokamana nkâuko byatangajwe nâigipolisi cyo muri Illinois ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Igipolisi Cya Chicago kivuga ko cyataye muri yombi umusaza wâimyaka 67 witwa Ted Merchant, nyuma yo gushinjwa kwica Allen Smith wâimyaka 80. Mu […]
Gatsibo: Imodoka yagonze umugabo arapfa yari agemuriye umugore we wabyaye
Mu Karere ka Gatsibo ahagana mu masaha y’iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Nzeli 2016, Ku muhanda uturuka Kabarore werekeza Kiramuruzi hafi y’ahari Agasanteri ka Rugarama, Imodoka yo mu bwoko Coaster ifite Plaki RAC 129 Q ya Kompanyi EXCEL itwara abagenzi mu Nyagatare-Kigali yagonze umuntu umwe ahita yitaba Imana . Theogene […]
Dore ibintu 6 bidakwiye kuguherana igihe watandukanye nâumukunzi wawe
Hakunze kugaragara ibibazo byinshi abatandukanye nâabakunzi babo bahura nabyo bishingiye ku masezerano runaka baba baragiranye, abandi bagatandukana kubwâimiryango yabigizemo uruhare ugasanga bisize amatage ku mpandezombi binagoranye kugirango bayikuremo, nyamara hari uburyo abatandukanye bakwiye kwibandaho ntibaheranwe nâibyo bibazo. Rero igihe wamaze gutandukana nâuwo ukunda hari ibintu uba ugomba kwirinda kuba wakora kuko igihe ubikoze uba wiremereza […]
Masisi: Mai Mai irasaba amadolari kugira ngo irekure 6 bashinzwe ibikorwa byâ ubutabazi
Abarwanyi bo mu mutwe wa Mai Mai ishami ryitiriwe Nyatura barasaba ingurane yâamadolari 1000 kugira ngo barekure abantu 6 bashinzwe ibikorwa yâ ubutabazi bafashe bugwate kuva kuri uyu wa Mbere taliki ya 5 Nzeli 2016. Aba bakorerabushake bose uko ari 6 bakoreraga Umuryango SNV bafashwe ubwo bajyaga mu bikorwa byâ ubutabazi mu gace ka Mishinga […]
Ese gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi byatuma umugore adasama?
Gukora imibona mpuzabitsina buri munsi ngo ntibigabanya amahirwe ku bagore yo gusama gusa ngo biba byiza kubikora ugataruka iminsi 2 cya3.Amakuru dukesha urubuga rwa 7sur7 aravuga ko gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi ku bagore ntacyo bitwaye cyane ariko ku bagabo bikaba ikibazo. Gusa ngo uburyo bwiza bwo gusama ni ukaba mwakora imibonano mpuzabitsina mugataruka iminsi […]
Gen. Kabarebe i London mu nama ya ba minisitiri bâingabo ku kubungabunga amahoro
Guhera kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 kugeza kuri uyu wa Kane itariki 08 Nzeri, u Bwongereza bwakiriye Inama ya ba minisitiri bâingabo bafite ingabo mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Loni ibera London. Iyi nama ikaba yanitabiriwe na minisitiri wâingabo wâu Rwanda, Gen. James Kabarebe nk’uko bigaragara kuri twitter ya minisitiri Louise Mushikiwabo. #Rwanda […]
U Rwanda na Singapore basinye amasezerano yâubufatanye mu bwubatsi butangiza ibidukikije
Guverinoma yâu Rwanda na Singapore basinye amasezerano yâubufatanye mu kubaka ibikorwa remezo bizifashishwa mu kuzamura ingufu zâamashanyarazi, nâamazi, ndetse byubatse ku buryo bubungabunga ibidukikije. Aya masezerano yasinyiwe muri Singapore kuri uyu wa Gatatu hagati yâumuyobozi wâikigo cyâigihugu cyâimyubakire (RHA) Eng. Didier Sagashya hamwe na Choo Watt Bin, umuyobozi wâurwego rwâubwubatsi muri Sengapore. Ambasade yâu Rwanda […]
Leta yâ u Burundi ishinja Abarundi bahungiye mu Bubiligi gupanga guhungabana umutekano wâ igihugu
Umwe mu banyapolitiki bavuga ko barwanya Leta ya Perezida Pierre Nkurunziz ariko bakayikorera yasabye u Bibiligi gushyiraho komisiyo ishinzwe kugenzura ibikorwa byâ Abarundi bahungiye muri iki gihugu. Mu ibaruwa yandikiye u Bubiligi, kuri uyu wa Mbere taliki ya 5 Nzeli 2016, Jacques Bigirimana yatunze agatoki Abarundi bari muri iki gihugu , afata nkâ abanzi abashinja […]
Biratangaje: Perezida ukennye kurusha abandi muri Afurika ayobora igihugu cya 2 gikize
Nyuma yâigihe gito atorewe kuyobora igihugu cye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamushimiye ingamba yafashe zo kurwanya ruswa. Uyu wigeze kurangwa nâibikorwa byo guhirika ubutegetsi ariko akaza gukizwa akayoboka demokarasi, nta wundi ni perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, ufatwa kuri ubu nka perezida wa mbere ukennye muri Afurika nyamara ayobora igihugu cya 2 gikize ku […]
Abitirirwa icyubahiro cyâumurimo wâImana si uko ari abakozi bayo
Mu gihe isi igenda yihuta mu iterambere ni nako iyogezabutumwa bwiza ryiyongera ndetse ariko uko burushaho gukwira hirya no hino niko nâabitirirwa icyubahiro cyâumurimo wâImana barushaho kwiyongera ariko siko baba ari abakozi bayo. Abambaye umurimo wâubukozi bwâImana cyangwa abawiyambitse nâibenshi bitewe nâinyungu runaka bawukuramo,kuko iyo ugenzuye usanga bamwe barihamagaye abandi bahamagawe nâabantu ndetse abandi baraguye. […]
Huye: Abaretse gucuruza inzoga zitemewe bakanguriye ababikora kubireka
Abafite utubari bacuruzaga inzoga zitemewe zirimo iyitwa Muriture bo mu Murenge wa Huye, ho mu Karere ka Huye bakanguriye ababikora kubireka no gufatanya kubirwanya. Ubu butumwa bwatanzwe na bamwe mu bafite utubare mu murenge wa Huye mu nama bagiranye nâUmuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya Huye, Inspector of Police (IP) Eric Gasana. Iyo nama yabereye […]
M23 irashinja Kabila kuba inyuma y'ubwicanyi bukorwa mu Burasirazuba bwa Congo
Abahoze ari inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 bashyize ahagaragara raporo igaragaza ko umutekano mucye urangwa mu Burengerazuba bwa Congo ugirwamo uruhare na Guverinoma. Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF mu mezi ashize zagabye ibitero mu midugudu itandukanye bica abantu benshi. Umuyobozi wa M23, Bisiimwa Bertrand yatangaje ku rubuga rumwe kuri uyu wa Gatatu ko […]
Mu Mafoto: Uko perezida Kagame yakiriwe muri Tanzania
Umukuru w’igihugu, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 08 Nzeri 2016 yasesekaye muri Tanzania , aho yitabiriye Inama ya 17 idasanzwe ya EAC . Perezida w’u Rwanda akaba yageze muri Tanzania akubutse muri Kenya aho kuri uyu wa 07 Nzeri yitabiriye inama ku mpinduramatwara mu buhinzi ku mugabane wa Afurika. Reba amafoto: Kanda hano […]
Kuri iyi nshuro nabwo Perezida Nkurunziza yanze kwitabira inama ya EAC
Inama idasanzwe ya 17 yâabakuru bâibihugu bigize umuryango wa Afrika yâIburasirazuba irimo kuba kuri uwu wa kane tariki ya 8 Nzeli 2016, abakuru bâibihubu bakaba bayitabiriye habuzemo Perezida Nkurunziza wâu Burundi wahakanye kongera gusohoka igihugu. Kuva ku wa 13 Gicurasi 2015, ubwo yakorerwaga Kudeta igapfuba, Nkurunziza ntarongera kurenga imbibi zâu Burundi ndetse akaba yaranagiye atumirwa […]
Abakozi 7 bâIkigo cyâumutungo kamere mu maboko ya polisi
Abakozi 7 bâIkigo cyâIgihugu cyâUmutungo Kamere bamaze hafi icyumweru mu maboko ya polisi bakurikiranweho guhimba ibyangombwa byâubutaka . Bose uko ari barindwi bakoraga mu bijyanye nâubutaka mu Kigo cyâIgihugu cyâUmutungo Kamere, bafashwe na polisi kuwa 02 Nzeri 2016. Ubushinjacyaha bukaba buvuga ko bwamaze gushyikirizwa dosiye zabo. Aba bakozi bakekwaho âguhimba ibyangombwa byâubutaka, babihimbira abantu, cyangwa […]
Impamvu nyirizina yatumye Kanyankore yaounde yirukanwa igitaraganya muri APR yatahuwe
Kanyankore Yaounde wari usanzwe atoza ikipe ya APR Fc yeretswe umuryango uyisohokamo nyuma yâuko ananirwa gutanga umusaruro mu marushanwa ya gisirikare aherutse kubera mu Rwanda. Uyu mugabo wari umaze igihe kitari kinini atoza iyi kipe, yirukanwe muri iyi kipe mu gihe hari hashize iminsi mbarwa yatswe ikipe yâigihugu Amavubi igahabwa Jimm Mulisa. Kuri uyu mwanya […]
Burundi: APRODH iravuga ko kwimura abanyururu mu masaha ya ninjoro hari ikindi kibyihishe inyuma
  Iyimurwa ryâabanyururu 25 bavanwa muri Gereza ya Mpimba bajyanwa muri gereza za Gitega na Rumonge mu Burundi rihangayikishije abaharanira uburenganzira bwa muntu, cyane ko ngo ibi bikorwa ninjoro. Nkâuko byatangajwe na perezida wâishyirahamwe APRODH, ngo abatanze ayo mabwiriza bari bafite umugambi wo kwivugana abo banyururu. Biravugwa ko abanyururu 25 bari bafungiye muri Gereza […]
FDU/Inkingi ikomeje guhangayikishwa nâ ifungwa ryâ Umubitsi waryo
Kuva ku italiki ya 23 Kanama 2016, Ishyaka FDU ryatangaje ko Umubitsi waryo wungirije , LĂ©onille Gasengayire yatawe muri yombi ashinjwa gushaka kugumura abaturage mu gace ka Kivumu gaherereye mu Karere ka Rutsiro. LĂ©onille Gasengayire akurikiranyweho kwica itegeko rya 463 rishobora gutuma afungwa imyaka iri hagati yâ imyaka 10 na 15 mu gihe yahamwa nâ […]
Ikoranabuhanga mu nkiko rizafasha mu kuzamura imikorere yâinkiko- Prof. Rugege
Integrated Eletronic Case Management System (IECMS) ni uburyo bwatangijwe buzafasha kwihutisha serivise zitangwa nâinkiko nkuko byatangajwe nâumuyobozi wâurukiko rwâikirenga Sam Rugege. Prof. Rugege yatangaje ibi mu karere ka Muhanga ubwo yatangizaga amahugurwa yâabacamanza yateguwe nâikigo kigenzura ibigo (RMI). Abacamanza 196 baturutse mu nkiko zitandukanye zo muturere 4 bari mu mahugurwa yâiminsi 5 ku gukoresha iyi […]
Abacuruzi bâinyanya babangamiwe nâigihombo giterwa no kubura abaguzi
Abacuruzi bâimboga byâumwihariko inyanya mu mujyi wa Kigali bahangayikishijwe nâigihombo bahura nacyo gitewe no kubura abaguzi kuko ubu ari ku mwero wazo bigatuma ziba nyinshi ku masoko. Aba bacuruzi bavuga ko babona inyungu iyo inyanya zahenze kuko ngo igitebo cyazo kirangura amafaranga menshi nabo bagacuruza ku giciro kibanogeye, mu gihe muri iki gihe bategereza umuguzi […]
Ingabo zâu Rwanda zibungabunga amahoro muri Darfur zambitswe imidari
Ingabo zâu Rwanda za Batayo ya 45 zibungabunga amahoro mu Muryango wâAbibumbye i Darfur muri Sudani (UNAMID), kuri uyu wa kabiri tariki ya 06 Nzeri 2016 bambitswe imidari yâishimwe ryâakazi bakomeje kugaragaza gukora kinyamwuga. Umuhango wo kwambikwa iyo midari wabereye ku cyicaro cyâingabo zâu Rwanda Batayo ya 45 ziri mu butumwa bwâamahoro muri Zalingei i […]
Ese Gen. Kayumba Nyamwasa asabye imbabazi u Rwanda yazihabwa?
Ibitangazamakuru binyuranye bikomeje byerekana ko Gen.Kayumba Nyamwasa aramutse atashye mu Rwanda yakwakirwa bigaragara ko ahageze yaba aje gusoza uburoko bwe kuko yakatiwe mu rukiko. âKayumba Nyamwasa yakatiwe adahari mu 2011 nâurukiko rukuru rwa gisirikare mu Rwanda, gufungwa imyaka 24 ndetse yamburwa impeta zose yari afite za gisirikare. Yahanishijwe ibi bihano bikaze biturutse ku byaha yarezwe […]
Ijambo ryâImana: Ugendana nâabanyabwenge na we azaba umunyabwenge, ushyikirana nâabapfapfa bizamugwa nabi
Bibiliya ivuga ukuri kudashidikanywaho iyo igira iti âugendana nâabanyabwenge na we azaba umunyabwenge, ariko ugirana imishyikirano nâabapfapfa bizamugwa nabiâ (Imigani 13:20). Uwo mugani uvuga ibirenze ibyo kugirana nâumuntu imishyikirano isanzwe. Ijambo âkugendanaâ ryumvikanisha imishyikirano ihoraho. * Hari igitabo gisobanura Bibiliya cyasobanuye uwo murongo kigira kiti âkugendana nâumuntu byumvikanisha kugirana na we ubucuti.â Ese ntiwemera ko […]
Ibintu 3 byâ ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro
Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni nâikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa nâuwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe nâubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari nâabakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora […]
Nyarugenge: RRA yafunze amaduka yâ abacuruzi baryozwa miliyoni 800
Umuyobozi wungirije wâakarere ka Nyarugenge ushizwe iterambere ryâubukungu, Nsabimana Vedaste, avuga ko hari amaduka atandukanye ari gufungwa mu gace kâubucuruzi kazwi nka âQuartier Commercialâ na âMateusâ. Arafungwa kugira ngo hishyurwe imisiro nâamahoro byâibirarane, bingana na miliyoni 800FRw. Agira ati âHari abadufitiye ibirarane barimo: abamaze imyaka cyangwa amezi menshi badatanga imisoro nâamahoroâ. Usibye kuba hari abacuruzi […]
Umugore agaburirwa hakoreshejwe umubirikira ngo azahige abandi mu kubyibuha ku isi-AMAFOTO
Monica Riley usanzwe ufite umubyibuho ukabije, yahisemo gushaka kwesa agahigo ko kuba umuntu ubyibushye ku isi aho agaburirwa nâumukunzi we akoresheje umubirikira ngo arusheho kumira nta rutangira. Uyu mugore ngo akomeje kurya amafunguro abyibushya yiganjemo ibikungahaye ku isukari abifashijwemo nâumukunzi we ukomeje kumutiza umurindi ngo kugeza ubwo abaye uwambere ku isi ubyibushye. Gusa nubwo yihaye […]
Burera: Hafashwe imyanzuro yo kurwanya Intagondwa zitwaza Idini rya Islam
Inteko rusange yâAkarere ka Burera yarateranye mu ntangiriro zâiki cyumweru isuzuma ingingo imwe irebana nâumutekano ushobora guhungabanywa nâintagondwa zikingiriza idini ya islam. Umuyobozi wâAkarere ka Burera, Uwambajemariya Florence atangiza inama yibukije akamaro kâumutekano nâuruhare buri wese agomba kugira mu kuwubungabunga. Yavuze ko umutekano uhari mu gihugu hose ko ntabyacitse ariko ko atari ngombwa gutegereza ko […]
Tariki ya 07 Nzeli 1997, Marchal Mobutu yapfuye asize igihugu cye kigurumana
Muri uyu mwaka wâ1997, ubwo Desire Kabila nâabari bamuri inyuma bamushakira ubutegetsi hasi no hejuru bari barakamejeje, Marishali Mobutu we nibwo yatabarutse adasoje urugamba, amaze igihe gito ahunze, aho atabarukiye igihugu cye cyasigaye kigurumana kugeza magingo aya kitarazima. Muri Gicurasi 1997, yahise ajya kwivuza indwara ya kanseri mu gihugu cya Maroc, aza gupfa ndetse ahambwa […]
EACJ: Urubanza Rujugiro Tribert akurikiranyemo guverinoma yâu Rwanda rwasubukuwe
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert akomeje urugamba rwo gusubirana imitungo ye yafatiriwe na guverinoma yâu Rwanda, aho kuri uyu wa kabiri urukiko rwâumuryango wa Afurika yâIburasirazuba rwâUbutabera (EACJ) rwatangiye kumva imiterere yâikirego Rujugiro yarushyikirije arega guverinoma yâu Rwanda gufatira imitungo ye mu buryo bunyuranyije nâamategeko nyuma yo kujurira kwe ubwo yatsindwaga mbere. Ibi bikaba bije bikurikira […]
Leilla, umukobwa uba i Bujumbura akaba ashaka umukunzi
Ndi umukobwa muremure muto muto atari cane inzobe idakabije ndumunyeshure mba i Bujumbura ndumurundi kazi nkaba naje hano kwururubuga kuraba ko nobona amahirwe yokuronka King of my heart ariwe umukunzi. Nshaka umukunzi wâumusore muremure mutomuto atari cane wigikara yubaha abantu bose atakuvangura nawe akiyubaha akongera akiyubahisha, abe yitonda adakunda ibirori cane. Yiyizi azi nâagaciro ke […]
Gabon: Aubameyang ngo yatumye ikipe yâigihugu itsindwa yerekana ko ari inyuma ya Bongo
Umusore umaze kumenyekana mu mukino wa Ruhago mu ikipe ya Borussia Dortmund, aravugwaho kuba yaragize uruhare mu gutsindwa kwâikipe yâigihugu ya ruhago mu rwego rwo kugaragaza ko ashyigikiye perezida wa Gabon Omar Bongo, ari naho uyu musore akomoka. Ni mu mukino wahuje ikipe yâigihugu ya Gabon na Sudan ubwo bahataniraga itike yo kujya mu gikombe […]
FDLR yahaye imbabazi abitandukanyije nayo ibasaba kugaruka bitarenze itariki ya 30 Nzeri
Umuyobozi wâingabo za FDLR-FOCA aratangaza ko abahoze muri uyu mutwe baherutse kwitandukanya nawo bagashinga umutwe wabo bahawe imbabazi bakaba bahawe kugeza mu mpera zâuku kwezi bamaze kugaruka muri FOCA. Amakuru yo gucikamo ibice kwâuyu mutwe urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ukorera mu burasirazuba bwa Congo yamenyekanye mu ntangiriro za Kamena 2016, yavugaga ko umwanzuro wafashwe nyuma […]
Perezida Kagame i Nairobi aho yitabiriye AGRF 2016
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umukuru wâigihugu yerekeje mu gihugu cya Kenya aho yitabiriye ihuriro ku mpinduramatwara mu by’ubuhinzi butangiza ibidukikije muri Afrika Africa Green Revolution Forum , AGRF 2016. Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu bari butange ibiganiro muri iyi nama ahagana mu ma saa cyenda ku isaha ya hano […]
Lupita Nyong'o yerekaniye umukunzi we mu gihugu cye cyâamavuko
Lupita Nyong’o ukomoka muri Kenya akaba asanzwe akinira Filme muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaje mu gihugu cye kwerekana umukunzi. Ni nyuma yâigihe kitari gito uyu mukobwa asabwe nâabatari bake ko yazabereka umukunzi we bigakura abantu mu gihirahiro niba koko atari umutinganyi nkuko bamwe babicyekaga. Uyu mukobwa yerekanye umukunzi we bivugwa ko akomoka mu […]
U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro wâindabo bohereza mu mahanga
U Rwanda rufite gahunda yo kuzamura umusaruro wâindabyo bohereza mu mahanga bitarenze uyu mwaka nyuma yo gutunganya ahantu hatunganirizwa indabyo mu gace ka Gishari mu karere ka Rwamagana. Hategekimana Emmanuel umunyamabanga wa Leta muri minisiteri yâubucuruzi nâinganda niwe watangaje ibi, by’umwihariko ibi bikazafasha u Rwanda kubona amafaranga yâamanyamahanga rukoresha rutumiza ibicuruzwa bitaboneka mu gihugu, izi […]
E.U irashinjwa gukoresha Abajanjaweed bo muri Sudani mu gukumira abimukira
Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi urahakana guha inkunga iyo ari yo yose umutwe wa RSF (Rapid Support Forces) wamenyekanye cyane ufite abarwanyi bitwa Janjaweed ngo ubafashe guhagarika abimukira mu Burayi binyuranyije nâamategeko, ahubwo wemera ko ushyigikiye ubushake bwa Sudani bwo kurwanya abimukira banyuranyije nâamategeko nâubucuruzi bwâabantu. Umutwe wa RSF uzwi cyane nkâumutwe wâAbajanjaweed, ubusanzwe washinzwe na […]
Gasasira Gaspard wahoze ari umunyamakuru yatabarutse
Gasasira Gaspard wakoreraga Komisiyo yâIgihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), yapfuye mu masaya ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Nzeri 2016, ibyâurupfu rwe bikaba bikiri amayobera kuko yapfuye mu gihe yiteguraga kujya ku kazi. Gasasira Gaspard yabyutse mu masaha ya mu gitondo agiye kwitegura kujya ku kazi, yicara iwe mu rugo bigaragara […]
Ikinamico: Hon. Agathon Rwasa arwanya ate Leta akorera?
Nta opozisiyo iri mu Burundi, kimwe nâ andi mashyaka ari ku ngoma muri Afurika CNDD/FDD ntiyifuza umuntu uyivuguruza niyo mpamvu iri shyaka ryishingiye opozisiyo ryifuza kandi yumvira amatwara nâ amahame nshingiro agomba kugenderwaho mu kuyobora igihugu. Iyo myitwarire ya CNDD/FDD rero yasenye opozisiyo ya politiki mu Burundi ndetse inakumira ibiganiro mpaka bya politiki ishingiye kuri […]
Hari impungenge zâuko Ingagi zishobora gucika ku Isi
Abashinzwe gusigasira inyamanswa zo muri pariki mu Rwanda baratangaza ko bafite icyizere cyâuko umubare wâIngagi uzakomeza kwiyongera mu gihugu nubwo hakomeje kugaragazwa impungenge zâuko izi nyamanswa zishobora gucika kwâisi vuba aha. Ihuriro mpuzamahanga ryâabashinzwe kubungabunga ibidukikije bagaragaje ukuntu amoko amwe yâinyamanswa byâumwihariko Ingagi, agenda agabanyuka bikabije ku isi. Nkâuko raporo yashyizwe ahagaragaramuri kongere ya World […]
Kuki Ruganzu Ndoli yakuyemo imyenda ubwo yamenyaga ko umugabo wa nyirasenge ashaka kumwica?
Ruganzu II Ndoli umwami wayoboye u Rwanda mu bihe bigoye, birimo no gushaka kwicwa ariko ntibyagerwaho ahungishirizwa kwa nyirasenge Nyabunyana i Karagwe. Ndahiro Cyamatare cya Yuhi Gahima ka Mibambwe Mutabazi abonye ko bene se wabo bagiye kumuvana ku ngoma, ni bwo yigiriye inama yo guhungisha umuhungu we kugirango batazamwica azabone uko yima ingoma. Mu gihe […]
Abanyamakuru nâabanyapolitiki baganiriye uko banoza imikoranire aho guhangana
Abanyapolitiki n’abanyamakuru bo mu Rwanda basanga nta nâumwe ukwiye gushyira inyungu ze imbere ahubwo batahiriza umugozi umwe bagamije kubaka igihugu. Ibi bakaba babiganiriyeho ubwo izi mpande zombie zagiranaga ibiganiro kuri uyu wa 06 Nzeri hagamijwe kwiga uko inkuru za politiki zajya zikorwa kinyamwuga. Umuvugizi w’ihuriro ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda, madamu Mukabunani Christine, yatangaje […]
CNLG yatangiye ibarura ry'abarokotse jenoside bakeneye ubufasha bwihutirwa
Komisiyo yâigihugu yo kurwanya jenoside (CNLG) ifatanyije nâindi miryango, kuri uyu wa kabiri batangije ibarura kugirango hamenyekane abarokotse jenoside batishoboye bacyeneye ubufasha bwigutirwa. Iki gikorwa cyatangiranye nâingo zâabarokotse jenoside zirenga 70 zo mu midugudu 6 yo mu karere ka Rusizi ndetse bigakomereza mu turere twa Rulindo, Gatsibo, Nyagatare, Kayonza, Rwamagana na Bugesera. James Nzirimo, ushinzwe […]
Mu Mugezi wa Rusizi hatoraguwe imirambo yâabantu babiri bishwe bajugunywamo
Mu Mugezi wa Rusizi, mu birometero nka 5 uvuye mu Ntara ya Cibitoke ho mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâu Burundi, hatowe imirambo ibiri yâabantu bishwe bajugunywamo. Iyi mirambo, uwâumugabo nâuwâumugore, yasanzwe mu mugezi wa Rusizi ku ruhande rwa Segiteri Rusiga, muri Komini ya Rugombo. Nkâuko byatangajwe na SOS MĂ©dias Burundi , ngo ni abahinzi bakorera ku […]
Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana
Bamwe muri aba bahanzi bagiye bicwa muri jenoside abandi bicwa nâ idwara ariko kugeza magingo aya ibihangano byabo birabavugira, n’ubwo hatangajwe 11 si uko aribo gusa batabarutse ibihangano byabo bikaba bikiri mu mitwe ya benshi. 1.Kagambage Alexandre: Uyu muhanzi yagaragaje ubuhanga mu njyana nyarwanda ibyo byatumye aba ikirangirire anatumirwa cyane mu mihango yâ ubukwe. 2.Sebanani […]