Kabila yasubije Museveni ko ari we wateje umutekano muke mu karere
Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo kuva mu mwaka w’2001 kugeza mu 2019 yasubije Perezida Yoweri Museveni wa Uganda ko ari we wateje akarere ibihugu byombi biherereyemo ibibazo. Kabila yabitangarije Reuters asubiza Museveni uherutse gutangaza ko ubutegetsi bwe ari bwo bwatumye umutwe wa ADF wongera kwisuganya kandi wari warashegeshwe nâingabo za Uganda mu […]
Kwizera Emmanuel yishwe azira kutishyura inkwano
Umugabo w’imyaka 35 y’amavuko witwa Kwizera Emmanuel wari utuye mu karere ka Kiruhura muri Uganda yishwe n’abo mu muryango wa sebukwe, bamuhora kuba yaranze kwishyura inkwano y’umukobwa wabo. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, Fred Enanga, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yatangaje ko Kwizera yakubiswe kugeza apfuye ubwo yari yagiye gucyura umugore we wari warahukanye. […]
Wagner yohereje abarwanyi benshi muri Centrafrica
Umutwe wâabacancuro wa Wagner PMC wohereje amagana yâabarwanyi muri Repubulika ya Centrafrica kugira ngo bazafashe inzego zo muri iki gihugu kurinda umutekano wâamatora ya kamarampaka ku ihindurwa ryâItegekonshinga. Ihuriro ryâAbarusiya rigenzura imikorere ya Wagner muri Centrafrica, OUIS (Officersâ Union for International Security) ryatangarije kuri Telegram ko aba âbarimu bâinararibonyeâ basimbuye bagenzi babo bari basanzwe bakorera […]
Putin yafashe icyemezo gituma Afurika yizirika umukanda kurushaho
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa 17 Nyakanga 2023 yafashe icyemezo gishobora gutuma Abanyafurika bizirika umukanda mu nda kurusha uko byari bisanzwe. Nkâuko ibiro ntaramakuru byâAbanyamerika (Associated Press) byabitangaje, iki cyemezo ni icyo guhagarika kubahiriza amasezerano yo kurekura ibinyampeke binyura ku Nyanja yâUmukara, byaheze ku byambu bitewe nâintambara ya Ukraine nâu Burusiya. Umuvugizi […]
Perezida wa Hongria yiyemeje kuba umwigisha wâamahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali
Perezida wa Hongria, Katalin NovĂ ÂĄk, yiyemeje kuba umwigisha wâamahoro nyuma yo gusura urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi. Uyu Mukuru wâIgihugu yatangaje ko yashengutse umutima nyuma yo gusura uru rwibutso, akunamira abaruhukiyemo, kandi ngo yanasengeye abarokotse nâAbanyarwanda muri rusange. NovĂ ÂĄk yavuze ko kandi kumenya amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi byatumye yiyemeza […]
Umuryango ukomeye urakeka uruhare rwa Tshisekedi mu rupfu rwa Okende
Umuryango LUCHA uharanira impinduka muri Repubulika ya demukarasi ya Congo urakeka uruhare rwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu rupfu rwa ChĂ©rubin Okende wari umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi. Okende wabaye Minisitiri w’ubwikorezi muri RDC, akaba umudepite nâumuvugizi wa MoĂ ÂŻse Katumbi, yasanzwe mu modoka i Kinshasa yishwe, nyuma yo gushimutirwa ku rukiko rushinzwe kurinda Itegekonshinga tariki ya 13 […]
Uganda isobanura ko ntaho âBanyarwandaâ bahuriye nâikibazo yagiranye nâAbanyarwanda

Minisiteri ishinzwe umutekano wâimbere muri Uganda yatangaje ko ntaho ikibazo cyâibyangombwa abantu baturukaga mu Rwanda (Abanyarwanda) bagiriraga i Kampala gihuriye nâabo mu bwoko bwa Banyarwanda. Iki ni igisobanuro cyatanzwe nâUmuvugizi wâiyi Minisiteri, Simon Peter Mundeyi, mu kiganiro yagiriye kuri NBS TV, kuri uyu wa 16 Nyakanga 2023. Mundeyi yavuze ko mu myaka mike ishize, Leta […]
Umubiri wâumusirikare wâu Rwanda wiciwe muri Centrafrica wagejejwe i Kigali

Minisiteri yâingabo zâu Rwanda yatangaje ko umubiri wâumusirikare wiciwe mu gitero cyâabitwaje intwaro muri Repubulika ya Centrafrica wagejejwe i Kigali kuri uyu wa 16 Nyakanga 2023. Umubiri wâuyu musirikare, Sergeant Tabaro Eustache, wakiriwe mu cyubahiro nâitsinda ryâabasirikare riyobowe na Maj. Gen. Ruki Karusisi wari uhagarariye Umugaba Mukuru wâingabo zâu Rwanda, Lt Gen. Mubarakh Muganga, ndetse […]
Ni iki cyakurikiraho mu gihe FDLR yatera Rubavu?

Umuyobozi wâingabo zâu Rwanda mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lieutenant Colonel Ryarasa William yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR uteganya kugaba ibitero mu karere ka Rubavu. Uyu musirikare wavuze aya magambo tariki ya 14 Nyakanga 2023 ubwo yari mu nama mpuzabikorwa nâabo mu nzego zitandukanye mu karere ka Rubavu, yasobanuye ko abarwanyi […]
RIB iravuga ko hari abanyamakuru babangamira akazi kayo
Umuvugizi wâurwego rwâubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, aravuga ko hari abanyamakuru babangamira akazi kayo kâiperereza, bikagera ku rwego rwo kubuza abo rushaka kuvugana nâabagenzacyaha. Ibi Murangira yabikomojeho avuga ku nkuru yâabantu babiri bo mu karere ka Gicumbi batawe muri yombi tariki ya 13 Nyakanga 2023 bakekwaho kubeshyera Pasiteri ko yasambanyije umuyoboke we. Mu kiganiro na […]
Bishop Gafaranga arahamya ko yahombeye Frw miliyoni 70 muri Tom Transfers
Habiyaremye Zacharie alias Bishop Gafaranga uzwi nkâumunyarwenya nâumushoramari aravuga ko yahombeye amafaranga yâu Rwanda miliyoni 70 mu kigo Tom Transfers cyatangaga serivisi yo gukodesha imodoka. Gafaranga yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, cyagiye hanze kuri uyu wa 15 Nyakanga 2023. Yagize ati: “Nari mfite business nakoraga, nkorana na Tom Transfers. Kiriya kigo nakoragamo cyaje […]
Uwabaye umuzamu wâikipe ya Nigeria yayiteguje ko Amavubi ashobora kuzayitsinda

Peter Rufai wabaye umuzamu wâikipe yâumupira wâamaguru ya Nigeria hagati yâumwaka wâ1983 nâ1998 yayiteguje ko Amavubi yâu Rwanda ashobora kuyitsindira mu mikino yo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi mu gihe yayasuzugura. Amavubi ari mu itsinda C hamwe nâikipe ya Afurika yâEpfo, iya Benin (zifite ibikombe bitatu bya Afurika), iya Zimbabwe na Lesotho. Rufai mu kiganiro cyihariye […]
Burundi: Umunyeshuri wafunzwe akekwaho gukopera ibizamini yaciye igikuba
Umunyeshuri witwa Ndayishimiye Christelle wigaga mu ishuri ryisumbuye rya Mugendo mu ntara ya Kirundo, yaciye igikuba nyuma yo gufungwa akekwaho gukopera ibizamini. Uyu munyeshuri yatawe muri yombi nyuma yâaho bagenzi be bandikiye umuyobozi wâishuri witwa Nemeyimana Oscar, bamumenyesha ko uyu ajya gukora ibizamini azi ibyo ari bubazwe. Tariki ya 12 Nyakanga 2023, urukiko rukuru rwa […]
Me Nyembo aravuga ko Prince Kid ari kujurajuzwa
Umunyamategeko umwe muri babiri bunganira Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid, Me Emelyne Nyembo, aravuga ko umukiriya we akomeje kujurajuzwa, bikamushyira mu rujijo rwâikigambiriwe. Ni amarangamutima yagaragaje, yerekana ko atishimiye kuba ubushinjacyaha bwashyize mu masaa saba yâijoro ryo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2023 muri sisiteme yâurubanza ibimenyetso rwagombaga kwifashisha, habura amasaha make ko urubanza […]
RDF yivuganye Général Bin Laden wayoboraga abarwanyi bayiciye umusirikare
Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) ziherutse kwica umuyobozi wâabarwanyi baziciye umusirikare, GĂ©nĂ©ral Mahamat Tom uzwi nka âBin Ladenâ. Iki gitero umusirikare wâu Rwanda yaguyemo cyâabitwaje intwaro bo mu ihuriro rya CPC cyagabwe ku basirikare bari ku burinzi hafi yâagace ka Sam-Ouandja, intara ya Haute-Kotto tariki ya […]
Museveni abona Kabila afite uruhare rukomeye mu kuba ADF icyinyagambura
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yagaragaje ko kuba umutwe wâiterabwoba wa ADF ucyinyagambura byaratewe nâubutegetsi bwa Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo bwawakiriye, bukawugusha neza. Museveni kuri uyu wa 13 Nyakanga 2023 yatangaje ko kubera igisirikare nâurwego rwâubutasi bikomeye, abarwanyi ba ADF birukanwe ku butaka bwa Uganda ubwo batsindirwaga mu kibaya cya Semuliki […]
Umubiligi ararira ayo kwarika nyuma yâaho Leta yâu Rwanda ifatiriye ikigo yari afitemo imigabane myinshi

Umubiligi Alain Goetz ushora imari mu gutunganya amabuye yâagaciro hirya no hino ku Isi ararira ayo kwarika nyuma yâaho Leta yâu Rwanda mu 2021 ifatiriye ikigo Aldango Ltd cyatunganyaga diyama. Iki kigo giherereye mu karere ka Gasabo. Goetz yari afitemo imigabane 50%, Ngali Holdings ya Leta yâu Rwanda na yo ifitemo imigabane 50%, kandi uyu […]
UK: Guverinoma yahawe uburenganzira bwo kujuririra icyemezo gihagarika gahunda yo kohereza abimukira
Urukiko rwâubujurire rwo mu bwami bwâu Bwongereza rwahaye guverinoma uburenganzira bwo kujuririra icyemezo rwafashe gihagarika gahunda yo kohereza abimukira batemewe nâamategeko mu Rwanda. Uru rukiko mu mwanzuro ruherutse gufata, rwavuguruje uwâurukuru, rusobanura ko hari impungenge zifite impamvu, zigaragaza ko aba bimukira barebwa nâamasezerano guverinoma zombi zagiranye muri Mata 2022, bashobora kutazafatwa neza bari mu Rwanda. […]
Umushingamategeko arasaba USA gukora ibishoboka ikabohoza ibirombe bya RDC
John James uharagarariye Leta ya Michigan mu nteko ishinga amategeko arasaba ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) ko bwakora ibishoboka bukabohoza ibirombe byâamabuye yâagaciro byo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Uyu munyapolitiki nkâuko yabimenyesheje itangazamakuru kuri uyu wa 12 Nyakanga 2023, yagejeje kuri bagenzi be umushinga yise âBRIDGE to DRC Actâ, asobanura […]
Ubushinjacyaha bwatanze ibisobanuro ku ntwaro zafatiwe kwa Bunyoni
Umuvugizi wâUbushinjacyaha bwâu Burundi, AgnĂšs Bangiricenge, yatanze ibisobanuro ku ntwaro zafatiwe mu rugo rwa GĂ©nĂ©ral de Police Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri wâIntebe nâUmuyobozi Mukuru wa Polisi yâiki gihugu. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, hamwe nâabandi bavugizi bâinzego za Leta kuri uyu wa 13 Nyakanga 2023, uyu Muvugizi yavuze ko Bunyoni akurikiranweho ibyaha bitanu birimo gukoresha […]
Inyeshyamba 5 zirwanya Leta yâu Rwanda ziciwe mu Burundi
Abarwanyi batanu bâumutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda baherutse kwicirwa mu ishyamba rya Kibira mu Burundi, ahagana mu ntara ya Cibitoke iri ku mupaka. Urubuga SOS Burundi rusobanura ko bapfiriye mu mirwano FLN yari ihanganiyemo nâingabo zâu Burundi zifite ibirindiro muri Kibira, yabereye ku musozi wa Gasenyi na Gafumbegeti muri komini Mabayi. […]
Burundi: Minisitiri yategetse ko abatwita badafite abagabo bajya bazirikwa
Minisitiri wâumutekano wâimbere mu Burundi, Martin Niteretse, yategetse ko abakobwa cyangwa abandi bose batwita batarashaka, bajya bazirikwa kugeza bavuze amazina yâabagabo baba barabateye inda. Ibi Minisitiri Niteretse yabivugiye mu nama yakoreye muri komini Busiga, intara ya Ngozi tariki ya 3 Nyakanga 2023. Yagize ati: âKugira se wâumwana ntamenyekane, mbabwira ukuntu biba byagenze? Ni ukuvuga uhera […]
Umunyamakuru wa BBC uvugwaho gukora amabara yashyizwe hanze nâumugore we
Umugore witwa Vicky Flind yatangaje ko umugabo we usanzwe ari icyamamare kuri BBC, Huw Edwards, ari we ukekwaho kwishyura umwana wâumukobwa amafaranga kugira ngo ajye amwereka amafoto nâamashusho yâurukozasoni. Iyi nkuru imaze igihe ivugwa mu binyamakuru mpuzamahanga bitandukanye, cyane cyane The Sun, gusa byirinze gushyira hanze amazina yâuyu munyamakuru wâimyaka 61 yâamavuko ku mpamvu zâumutekano […]
EU iri gutegura ibihano ku biganjemo abofisiye ba FARDC
Komisiyo yâumuryango wâubumwe bwâUburayi (EU) irateganya gufatira ibihano abasirikare nâabarwanyi batandukanye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo biganjemo abo mu ngabo zâiki gihugu. Ikinyamakuru Africa Intelligence gisobanura ko iyi gahunda iri gutegurwa nyuma yâubusabe bwâibihugu bitandukanye bigize EU birimo: u Buholandi, u Bubiligi nâu Budage, byashingiye kuri raporo yâUmuryango wâAbibumbye yasohotse mu kwezi gushize. Amazina […]
Umukuru wa UN yasabye ko abishe umusirikare w’u Rwanda bahigwa bukware
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, yasabye ko abagizi ba nabi baherutse kugaba igitero cyaguyemo umusirikare wâu Rwanda muri Repubulika ya Centrafrica bahigwa bukware. Nkâuko Minisiteri yâingabo zâu Rwanda ibisobanura, iki gitero cyâabitwaje intwaro cyagabwe ku basirikare bari ku burinzi hafi yâagace ka Sam-Ouandja, intara ya Haute-Kotto tariki ya 10 Nyakanga 2023. Guterres, nkâuko urubuga […]
UK: Theresa May abona kwirukana abimukira bizorohereza abacuruza abantu
Theresa May wabaye Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza ntashyigikiye gahunda ya guverinoma yo kwirukana abimukira bageze muri iki gihugu mu buryo butemewe nâamategeko guhera muri Werurwe 2023, cyangwa kubohereza ku ngufu ahandi hantu. Ibi yabivuze ubwo mu ngoro yâinteko ishinga amategeko bajyaga impaka kuri iri tegeko riha guverinoma ububasha bwo kwirukana abimukira bose bageze mu Bwongereza […]
RDC ikomeje kumvisha u Bwongereza ko bukwiye kugira icyo bukorera u Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ikomeje gusobanurira iyâubwami bwâu Bwongereza uburyo ikwiye gufatira ingamba u Rwanda. RDC isobanura ko ingabo zâu Rwanda ziri ku butaka bwayo, aho ngo zagiye gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 irimo kurwanira mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Ubutegetsi bwâigihugu bwashimiye ibihugu bikomeye bitandukanye kuba âbyarasabye u Rwanda […]
Ikibazo cya M23 kigiye gusubiza Uhuru Kenyatta i Goma
Umuhuza wâAbanyekongo washyizweho nâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, Uhuru Kenyatta, arasubira mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 12 Nyakanga 2023, ajyanwe nâikibazo cyâumutwe witwaje intwaro wa M23. Biteganyijwe ko Uhuru ahahurira na Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, na Minisitiri ushinzwe ukwishyira hamwe kwâakarere, Mbusa Nyamwisi. Aba bayobozi bose bazaganira […]
Ababikira barimo Abanyarwandakazi biciwe muri Yemeni bashobora kugirwa abatagatifu

Ababikira babiri bâAbanyarwandakazi, Nzamukunda Reginette na Mukashema Marguerita biciwe nâibyihebe mu kigo cyita ku bari mu zabukuru cya Aden muri Yemen mu mwaka wâ2016 bashobora kugirwa abatagatifu mu gihe cya vuba. Nzamukunda, Mukashema na bagenzi babo babiri: Kanini Judith ukomoka muri Kenya na Anslem ukomoka mu Buhinde bishwe barashwe urufaya rwâamasasu tariki ya 4 Werurwe […]
Umunyafurikakazi ufite ibigwi mu kwiruka yatsinze urubanza rw’abamufataga nkâumugabo
Umukinnyi wâicyamamare mu mukino wo kwiruka ukomoka muri Afurika yâEpfo, Caster Semenya, yatsinze urubanza rwe nâurwego mpuzamahanga rwamubujije amahirwe yo kwitabira aya marushanwa kuko ngo afite imisemburo myinshi nkâiyâabagabo izwi nka âtestosteroneâ. Semenya wegukanye irushanwa rya Olympic inshuro ebyiri nâiryâIsi inshuro eshatu mu kwiruka ku ntera ya metero 800, mu 2019 yasabwe kugabanyisha imisemburo afite […]
Hari Abarundi bashavujwe nâamafaranga Bruce Melodie azishyurwa
Umuhanzi wâUmunyarwanda, Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie azataramira Abarundi ku musozo wâirushanwa rya PRIMUSIC 2023 uzabera kuri sitade Ingoma mu ntara ya Gitega tariki ya 30 Nyakanga 2023. Amakuru ahwihwiswa mu Burundi aravuga ko urwengero rwâibinyobwa rwo muri iki gihugu rusanzwe rutegura iri rushanwa rwemereye Melodie kumwishyura amadolari angana nâamafaranga yâu Burundi miliyoni 200. […]
Intara ya Darfur iratabarizwa
Umuryango Human Rights Watch (HRW) uharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu uratabariza intara ya Darfur iri mu majyaruguru ya Sudani, byâumwihariko abo mu bwoko bwa Massalit. Ingabo zari mu butumwa bwâamahoro buhuriweho bwâUmuryango wâAbibumbye nâubwa Afurika yunze ubumwe muri Darfur bwari buzwi nka UNAMID zavuye muri iyi ntara muri Kamena 2021. Ni mu gihe byemezwaga ko umutekano waho […]
Afurika y’iburasirazuba igiye kohereza ingabo kabuhariwe muri Sudani
Abakuru bo mu bihugu bigize akarere ka Afurika yâiburasirazuba no mu ihembe ryâuyu mugabane, bigahurira mu muryango wâiterambere wa IGAD banzuye ko bigomba kohereza abasirikare kabuhariwe muri Sudani kugira ngo barinde abasivili mu gihe intambara ikomeje. Ni icyemezo cyafashwe nâabakuru bâibi bihugu bahuriye mu nama yabereye i Addis Ababa muri Ethiopia kuri uyu wa 10 […]
Putin aherutse guhura nâabayobozi bakuru ba Wagner
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, aherutse guhura nâabayobozi bakuru bâumutwe wâabacancuro wa Wagner barimo Yevgeny Prigozhin wawushinze. Umuvugizi wâibiro bya Perezida Putin, Dmitry Peskov, yatangaje ko uyu muhuro wabayeho tariki ya 29 Kamena 2023 ubwo hari hashize iminsi 4 Wagner igabye igitero ku Burusiya. Witabiriwe nâabandi barimo umuyobozi wâabasirikare barinda abayobozi bakuru mu Burusiya, Viktor […]
Tshisekedi yisubiye ku cyemezo cyo kwimukira i Goma
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yisubiye ku cyemezo cyo kwimurira ibiro bye mu mujyi wa Goma muri iki gihe, kubera impamvu yasobanuye ko ari iyâikoranabuhanga. Tshisekedi mu kiganiro yagiranye nâUmuvugizi we, Tina Salama, yabajijwe aho ageze yitegura gushyira mu bikorwa isezerano yahaye abatuye mu burasirazuba bwa RDC mu gihe yiyamamazaga, ryo […]
Padiri wari umukiriya wâimena wa hoteli yapfiriye ku ndaya
Padiri Joseph Kariuki wari umukiriya wâimena wa hoteli Monalisa yo muri Kenya, yapfiriye ku ndaya ye ubwo bari mu cyumba yari yakodesheje. Umuyobozi wa Polisi mu gace ka Gatanga, Laurence Njeru, nk’uko ikinyamakuru Daily Monitor kibivuga, yatangaje uyu mupadiri wayoboraga Paruwasi ya Ruai yapfuye mu gitondo cyo ku wa 8 Nyakanga 2023 nyuma yo gutakaza […]
Kuri Tshisekedi, RDF ntitinyitse

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo akaba nâUmugaba wâikirenga wâingabo zâiki gihugu, FĂ©lix Tshisekedi, aremeza ko ingabo zâu Rwanda (RDF) zidateye ubwoba ku buryo zabakanga. Mu kiganiro yagiranye nâUmuvugizi we, Tina Salama, cyatambutse kuri televiziyo na radiyo byâigihugu, Tshisekedi yasubiyemo ko ingabo zâu Rwanda zagabye igitero kuri RDC, ngo zibinyujije mu mutwe witwaje intwaro […]
Ubushuti bwâu Rwanda na CAR bushingiye kuki?
Umubano wâu Rwanda na Repubulika ya Centrafrica (CAR cyangwa RCA) uhagaze neza cyane, hashingiwe ku byo abayobozi bo mu bihugu byombi bavuga ndetse nâibimenyetso byigaragaza. Byose byatangiye muri Mutarama 2014 ubwo u Rwanda rwoherezaga muri CAR abasirikare 850 mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) kugira ngo zitange umusanzu mu kurwanya ibikorwa byahungabanyaga […]
Umuhungu wa Victoire Ingabire arifuza gutura mu Rwanda

Umunyapolitiki Victoire Ingabire utavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda, yatangaje ko umuhungu we batandukanye ubwo yari afite imyaka 8 yâamavuko, Rist Shimwa Muyizere, yifuza gutura muri iki gihugu. Victoire yabitangaje ubwo uyu muhungu yamusuraga bwa kabiri kuva mu mwaka ushize. Ati: âYamaze kunyereka amafoto, ati âDore Bugesera, parcel gutya, amazu agura gutya na gutya, anyereka ibyo […]
Umukuru wa UN yamaganye igitero cyâingabo za Sudani ku basivili
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, yamaganye igitero cyâindege ingabo za Sudani zagabye ku basivili, kigahitana abagera kuri 22. Iki gitero cyagabwe mu mujyi wa Omdurman kuri uyu wa 8 Nyakanga 2023 mu gihe ingabo za Leta ya Sudani zari zihanganye nâumutwe wa RSF urwana na zo kuva muri Mata. Guterres, nkâuko Umuvugizi we wungirije […]
Lt Col. Mugisha yagaragaje impamvu hari urubyiruko rusa nâaho rudakunda igihugu
Lieutenant Colonel Mugisha Vincent ushinzwe guhuza ibikorwa byâigisirikare nâabaturage yagaragaje impamvu abona hari urubyiruko rusa nâaho rudakunda igihugu nkâInkotanyi zakibohoye muri Nyakanga 1994, zikanahagarika jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu musirikare mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo yâigihugu, yabajijwe niba abona urubyiruko rwâubu rurimo gusigasira umurage wâInkotanyi wo gukunda igihugu, asubiza ati: âNtabwo navuga ngo barimo neza. Si […]
Tshisekedi yahakanye gushaka gusimbuza ingabo za SADC iza EAC

Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko atigeze agambirira kwirukana ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) mu gihugu cye kandi ngo ntiyigeze aniyambaza umuryango wâakarere ka Afurika yâamajyepfo (SADC) ngo umufashe gukemura ikibazo cyâumutekano. Ibi Tshisekedi yabivuze kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023 ubwo yari mu kiganiro […]
Centrafrica: Hari impungenge zâuko ingabo zâu Rwanda zazarasana na Wagner
Umuryango Cris Group urwanya intambara, ugaragaza ko utewe impungenge nâuko ingabo zâu Rwanda zikorera muri Repubulika ya Centrafrica kuva mu mpera zâumwaka wâ2020 zazarasana nâabacancuro bâumutwe wa Wagner Group bakorera hafi yazo. Muri raporo yawo yasohotse kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023, uyu muryango mpuzamahanga udaharanira inyungu wagize uti: âKigali ifitanye umubano mwiza na Moscwo […]
Guterres yasabye ibihugu byo muri UN kohereza ingabo muri HaĂ ÂŻti
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), Antonio Guterres, yahamagariye ibihugu biwugize kohereza ingabo muri HaĂ ÂŻti kugira ngo zifashe inzego zâumutekano zaho guhangana nâamabandi asa nâayafashe ubutegetsi. Guterres mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023, yasobanuye ko mu ruzinduko yagiriraga muri HaĂ ÂŻti, yasanze amabandi yarafashe bugwate abatuye muri iki gihugu. Yagize ati: âAmabandi akomeye […]
Hubert VĂ©drine yatsinzwe nâUmufaransakazi wamushinje kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyapolitiki Hubert VĂ©drine wari umuyobozi wâibiro bya Perezida wâu Bufaransa (Ă â°lysĂ©e) mu gihe Abatutsi mu Rwanda bakorerwaga jenoside, yatsinzwe urubanza yarezemo Umufaransakazi wâumuganga, Dr Annie Faure wamushinje kugira uruhare muri ubu bwicanyi. Annie wakoraga ibikorwa byâubutabazi mu Rwanda mu gihe cya jenoside, tariki ya 7 Mata 2019 yaganiriye nâikinyamakuru France Inter, avuga ko abahoze muri […]
Ramaphosa ahamya ko Tshisekedi atakwanga kuganira na M23
Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa, abona mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi atakwanga kugirana imishyikirano nâumutwe witwaje intwaro wa M23 kubera ko ngo ari bwo buryo bwonyine bwatuma ibitandukanya impande zombi bikemuka. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye Kinshasa ku gicamunsi cyâuyu wa 6 Nyakanga 2023, umunyamakuru wa SABC Africa yabajije Perezida […]
Pasiteri Claude aravuga ko hari ApĂŽtre wagerageje kumwicira ubukwe

Pasiteri Niyonzima Claude aravuga ko ApĂŽtre mugenzi we aherutse kugerageza kwica ubukwe bwe nâumugore we, ariko birangira umugambi umupfubanye. Ubu bukwe bwabereye i Nyamata mu karere ka Bugesera tariki ya 24 Kamena 2023, bwitabirwa nâabatandukanye barimo abavugabutumwa bamwe na bamwe nka: Mukanziga Brigitte, Ntambara Saturday na Indatwa Jean de Dieu. Mu kiganiro yagiranye na Big […]
Leta ya Uganda irateganya gufunga imbuga zose z’amashusho y’urukozasoni
Minisiteri ishinzwe amakuru muri Uganda yiyemeje gufunga imbuga zose zitangaza amashusho yâurukozasoni, bitewe nâingaruka ibona zigira ku batuye muri iki gihugu, byâumwihariko abana. Iki cyemezo cyatangajwe na Minisitiri Dr Chris Baryomunsi tariki ya 5 Nyakanga 2023, nyuma yâubusabe bwa Visi Perezida wâinteko ishinga amategeko, Thomas Tayebwa, kuri guverinoma. Tayebwa, nkâuko The Daily Monitor yabitangaje, yagize […]
Karasira Aimable ntabwo yizeye abamwunganira
Karasira Uzaramba Aimable ukekwaho ibyaha birimo guhakana no guha ishingiro jenoside yakorewe Abatutsi yagaragaje ko atizeye abanyamategeko bamwunganira. Uyu mufungwa umaze igihe asuzumwa uburwayi bwo mu mutwe nâabaganga biganjemo abo muri CARAES Ndera, kuri uyu wa 6 Nyakanga 2023 yabwiye urukiko rukuru, urugereko rwa Nyanza ko azisobanurira ibyâuburwayi bwe, nkâuko VOA yabitangaje. Yabajijwe niba ajya […]
Minisitiri w’ingabo wa RDC arumvisha Abanyafurika ko u Rwanda ruri kubasubiza inyuma
Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Jean Pierre Bemba, arumvisha Abanyafurika ko u Rwanda ruri gusubiza inyuma gahunda yabo yâiterambere. Iri jambo yarivugiye mu nama ya komisiyo nkuru ihuriweho ya Afurika yâEpfo na RDC igizwe nâimpuguke mu bya gisirikare nâumutekano, iri kubera i Kinshasa. Uyu munyapolitiki yabwiye izi mpuguke ko Abanyafurika bari […]
RDF yakiriye abasirikare 30 bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda

Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) cyakiriye ku cyicaro cyacyo ku Kimihurura abasirikare bahagarariye ibihugu byabo, kibaganiriza ku ngingo zitandukanye zirebana nâumutekano. Ingingo baganiriyeho zarebagana nâumutekano wâimbere nâuwo hanze, ubufatanye bwa RDF nâingabo za Mozambique nâiza Repubulika ya Centrafrica ndetse nâibikorwa byayo mu butumwa bwâamahoro mu bihugu bitandukanye. Minisiteri y’ingabo isobanura ko iyi nama yateguwe nâishami rya […]
Umupilote mukuru wa Museveni azajya ahembwa akabakaba Frw miliyoni 10
Guverinoma ya Uganda yazamuye imishahara yâakazi bamwe na bamwe mu nzego zitandukanye, byâumwihariko abashinzwe serivisi yo gutwara indege yâUmukuru wâIgihugu. Nkâuko bigaragara mu igazeti yâimishahara yasohotse tariki ya 30 Kamena 2023, aba bapilote baratangira kongezwa muri uyu mwaka wâingengo yâimari mushya (2023/2024) watangiye muri uku kwezi kwa Nyakanga. Umuyobozi mukuru wâurwego rushinzwe gutwara Perezida wa […]
Hafunguwe umupaka mushya wâu Rwanda na Uganda

Ibiro byâabinjira nâabasohoka byatangaje ko kuri uyu wa 5 Nyakanga 2023, u Rwanda rwafunguye umupaka mushya uruhuza na Uganda. Byagize biti: âUbuyobozi Bukuru bwâAbinjira nâAbasohoka mu gihugu buramenyesha abantu bose ko umupaka mushya wa Rwempasha/Kizinga uhuza u Rwanda na Uganda mu Karere ka Nyagatare, ufunguwe kâubantu bose kuva uyu munsi, taliki ya 5 Nyakanga 2023.â […]
Niba Kagame ari umunyagitugu, nakwifuza ko Afurika igira benshi nka we: Umuyobozi ukomeye muri Ghana
Umuyobozi w’ishuri rikuru rya gisirikare muri Ghana, Dr Vladimir Antwi-Danso, yatangaje ko niba Perezida Paul Kagame ari umunyagitugu nkâuko bamwe babivuga, yakwifuza ko umugabane wa Afurika igira benshi nka we. Dr Danso mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Korku Lumor wa TV Africa mu gitondo cyo kuri uyu wa 4 Nyakanga 2023, nkâuko Ghana Web yabitangaje, yavuze […]
Perezida Kagame arabaza abataka inzara aho bakura ayâagacupa ka buri munsi
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, arabaza aho abavuga ko babuze ibyo kurya bakura ubushobozi bwo kugura inzoga ubudasiba. Iki kibazo cyakomotse ku cyo yabajijwe kijyanye nâinama zo kwirinda umunaniro mwinshi (stress), aho yasubije ko amafunguro umuntu afata ndetse nâibyo anywa byagikemura. Mu kiganiro yagiriye kuri radiyo na televiziyo byâigihugu kuri uyu wa 4 Nyakanga 2023, […]
Perezida Kagame abona impuguke za UN zaragombaga kuganiriza n’impunzi ziri mu Rwanda
Perezida Paul Kagame abona impuguke zâUmuryango wâAbibumbye (UN) zakoze raporo ishinja Leta yâu Rwanda guteza umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo zaragombaga kuza kuganiriza impunzi zâAbanyekongo zaruhungiyemo, mu rwego rwo kwirinda kubogama. Umukuru wâIgihugu mu kiganiro yagiriye kuri radiyo na televiziyo byâigihugu kuri uyu wa 4 Nyakanga 2023, yatangaje ko izi […]
Hategekimana Philippe agiye kujurira
Umunyarwanda Hategekimana Philippe wamenyekanye nka âPhilippe Manierâ na âBigumaâ arateganya kujuririra icyemezo cyâurukiko rwa rubanda rwa Paris, rwamukatiye igifungo cya burundu. Iki cyemezo cyafashwe tariki ya 28 Kamena 2023 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside nâibyibasiye inyokomuntu. Ni ibyaha bikomoka kuri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nkâuko ikinyamakuru Le Monde cyabitangaje kuri uyu wa 4 […]
UK: Abanyamategeko bakora muri gahunda yo gukumira abimukira batemewe bagiye kongezwa amafaranga
Guverinoma yâu Bwongereza yafashe icyemezo cyo kongeza amafaranga abanyamategeko bakora muri gahunda yo gukumira abimukira binjira muri iki gihugu mu buryo butemewe bakoresheje ubwato buto. Ni icyemezo cyafatiwe hamwe nâibiro bishinzwe umutekano wâimbere (Home Office) na Minisiteri yâubutabera nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru Financial Times. Ibi biro biyoborwa na Minisitiri Suella Braverman byasabye ko abanyamategeko bongezwa umushahara […]
Uwakoraga ikiyede i Nyamirambo mu myaka 5 ishize aravuga ko ubu atunze Frw miliyari 7
Umusore wâimyaka 23 yâamavuko, ukomoka mu Burundi, Nishishikare Jean de Dieu aravuga ko mu myaka 5 ishize yakoraga akazi ko gufasha abafundi kazwi nkâikiyede i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, ubu akaba afite umutungo abarira mu gaciro ka miliyoni 7 zâamadolari ya Amerika. Nishishikare uba muri Sweden, mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV, yasobanuye ko […]
Geneva: Intumwa za Leta yâu Burundi zivumbuye, zisohoka mu nama
Intumwa za Leta yâu Burundi ziri i Geneva mu Busuwisi zanze guhurira mu nama nâuyirwanya, zihitamo gusohoka mu cyumba yari igiye kuberamo cya Palais Wilson. Muri iyi nama, izi ntumwa zagombaga gutanga no gusobanura raporo yâuko uburenganzira bwâikiremwamuntu ihagaze mu Burundi. Ni gahunda yo kuri uyu wa 3 nâuwa 4 Nyakanga 2023. Mu gihe ziteguraga […]