Vital Kamerhe ufungishijwe ijisho yagiye kwivuriza mu mahanga
Umunyapolitiki Vital Kamerhe ufungishijwe ijisho nâubutabera bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) biravugwa ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 3 Mutarama 2022 yuriye indege, ajya kwivuriza mu mahanga. Kamerhe ni umunyapolitiki ukomeye muri RDC, wamenyekaniye cyane ku butegetsi bwa Joseph Kabila no mu gihe yari Umuyobozi wâibiro bya Perezida uriho ubu, FĂ©lix Tshisekedi […]
RDF ishobora kuzasimbura ingabo za EU mu gutoza iza CAR
Mu Kuboza 2021, Komisiyo yâumuryango wâUbumwe bwâUburayi yafashe icyemezo cyo guhagarika imyitozo ingabo zayo ziri mu butumwa bwahawe izina rya EUTM RCA zari zisanzwe ziha iza Repubulika ya Centrafrica (CAR), ariko zikazakomeza kuzigira inama. Nkâuko yabitangaje, impamvu yatumye ihagarika iyi myitozo ni uko ngo yirinze kuzabarwa mu byaha byo guhohotera ikiremwamuntu bivugwa ku bacancuro bâumutwe […]
Uganda âirimo kuvugana nâu Rwandaâ ku mukomando wayo ivuga ko yashimuswe

Komiseri wâAkarere ka Kabale, Godfrey Nyakahuma avuga ko Guverinoma ya Uganda irimo kuvugana nâiyâu Rwanda kugira ngo umusirikare wo mu mutwe udasanzwe wa SFC ivuga ko yashimuswe nâabashinzwe umutekano bâu Rwanda yakoherezwa. Uganda ivuga ko uyu musirikare wayo, Pte Ronald Arinda yafatiwe muri Kabale muri metero nkeya hafi yâumupaka tariki ya 27 Ugushyingo 2021 âyabanje […]
Umuhanzi Dr Chameleone yibutse ibihe yagize ubwo yabaga mu Rwanda
Umuhanzi Dr Jose Chameleone wamamaye mu muziki wo muri Uganda no muri Afurika muri rusange, yibutse ibihe yagize ubwo yabaga mu Rwanda mu myaka irenga 20 ishize. Yifashishije urubuga rwa Instagram, Dr Chameleone ku wa 1 Mutarama 2022 yerekanye ifoto imaze imyaka 27 yafotorewe ku Kacyicu, âKuri Minisiteriâ. Ubutumwa bwaherekeje iyi foto busobanura ubuzima yanyuzemo […]
Perezida Nyusi nâumugore we bishyize mu kato
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi nâumufasha we Dr Isaura Nyusi bafashe icyemezo cyo kwishyira mu kato nyuma yâaho ibipimo byihuse (rapid test) byaragararije ko banduye icyorezo cya Covid-19. Ibiro bya Perezida wa Mozambique mu itangazo byashyize hanze kuri uyu wa 3 Mutarama 2022 byavuze ko Nyusi nâumugore we bafashe iki cyemezo mu rwego […]
Koreya zombi: Umuturage watorokaga yabashije kwambuka urubibi rurimo ibyago byinshi byâurupfu
Minisiteri yâIngabo ya Koreya yâEpfo ivuga ko ku wa 1 Mutarama 2022, umuturage utaramenyekana yabashije kwambuka ubutaka budakandagiramo abasirikare buzwi nka DMZ butandukanya iki gihugu na Koreya ya Ruguru, burimo ibyago byinshi byâurupfu bitewe nâuko buba butabyemo ibisasu byinshi kandi burimo na senyenge zirimo umuriro wâamashanyarazi. Iyi Minisiteri ivuga ko uyu mugabo uri mu kigero […]
Ikigiye gukurikiraho nyuma y’aho Niger ibujijwe kwirukana Abanyarwanda 8
Tariki ya 27 Ukuboza 2021 ni bwo Guverinoma ya Niger yatangaje ko yirukanye Abanyarwanda 8 boherejwe nâurwego rwâUmuryango wâAbibumbye, IRMCT, rubakuye mu rukiko rwa Arusha aho bari bacumbikiwe nyuma yo kurangiza igifungo, abandi bakagirwa abere, bakabura ikindi gihugu kibakira, nâu Rwanda rwabahaye ikaze bavuga ko badashaka kurugarukamo. Icyemezo cyo kohereza aba Banyarwanda cyahishuwe na Perezida […]
RED Tabara iravuga ko yiciye ingabo zâu Burundi n’Imbonerakure 10 muri RDC
Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara uravuga ko warwaniye nâingabo zâu Burundi n’Imbonerakure mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yicamo 10, ikomeretsa nâizindi zibarirwa muri 20. Uyu mutwe urwanya Leta yâu Burundi mu butumwa wanyujije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 2 Mutarama 2022, wavuze ko izi mfu […]
Abanyarwanda 8 birukanywe, imyigaragambyo ya Nahimana n’igaruka ry’abari barahunze urukingo; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 27 Ukuboza 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zitandukanye, ziganjemo iza politiki, ubutabera, umutekano ndetse nâubuzima. Muri zo harimo: Abanyarwanda 8 birukanwe muri Niger Guverinoma ya Niger yafashe icyemezo cyo kwirukana Abanyarwanda 8 boherejwe nâurwego mpanabyaha rwâUmuryango wâAbibumbye, IRMCT, rubakuye mu rukiko rwa Arusha bari bacumbikiwemo nyuma yo kurangiza igifungo bari barakatiwe […]
Perezida Ndayishimiye yasabye Imana kwirukana ‘amashitani’ yigabije uburasirazuba bwa RDC
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye ubwo yasozaga amasengesho yo gushimira Imana ku wa 31 Ukuboza 2021, yasenze ngo amashitani avuga ko yigabije uburasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ahunge. Muri uwo mwanya, Perezida Ndayishimiye wateguye aya masengesho yasengeye u Burundi, ibihugu byâibituranyi nâibigize akarere ka Afurika yâIburasirazuba, Afurika nâIsi yose. Ageze […]
Museveni yahishuye ko hari abasirikare ba Uganda baherutse gupfira muri RDC
Perezida wa Repubulika wa Uganda akaba nâUmugaba wâIkirenga wâingabo zâiki gihugu, Yoweri Museveni, yahishuye ko hari abasirikare babiri mu bagiye kurwanya umutwe wâiterabwoba wa ADF baherutse gupfira muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, RDC. Museveni yabivugiye mu ijambo ritangira umwaka mushya wâ2022 yagejeje ku batuye muri Uganda kuri uyu wa 1 Mutarama. Yavuze ko abarwanyi […]
Perezida Ndayishimiye yasabiye umugisha u Rwanda nâabayobozi barwo
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye ku wa 31 Ukuboza 2021 yasabiye umugisha u Rwanda nâabayobozi barwo. Ni mu gihe yasengaga, asoza amasengesho yâamashimwe mu Burundi, yateguwe nâumuryango we. Uyu Mukuru wâIgihugu yasengeye u Burundi kugira ngo bugaragare neza imbere yâamahanga, anasengera ibihugu byâabaturage birimo u Rwanda. Yagize ati: âDusabiye umugisha igihugu cyâu Rwanda […]
Imyaka 8 irashize Col. Mamadou Ndala wazengereje M23 yishwe
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo byâumwihariko mu gisirikare cyaho, FARDC, baribuka imyaka umunani (8) ishize umusirikare wabo Colonel Mamadou Mustapha Ndala wagaragaje ishyaka ridasanzwe mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwâigihugu yishwe. Col. Ndala wigeze kuyobora Batayo ya 42 yâabakomando bari bashinzwe ubutabazi bwihuse, yaguye mu mutego wâabantu bikekwa ko ari abarwanyi bâumutwe […]
2021: Ubutunzi bwâabaherwe 10 ba mbere bwiyongereyeho amadolari arenga miliyari 400
Umwaka wâ2021 urangiye ubutunzi bwâabaherwe 10 ba mbere ku Isi bwiyongereyeho amadolari ya Amerika miliyari 402, kandi bose bakaba bafite ari hejuru ya miliyari 100; bitandukanye nâuko byari bisanzwe. Imibare iri muri raporo ya Bloomberg Billionaires Index yo ku wa 29 Ukuboza 2021 yerekana ko ubutunzi bwâaba baherwe, byâumwihariko abafite ibigo byâikoranabuhanga nka Elon Musk, […]
Dr Habumuremyi arashimira Kagame wamuhaye imbabazi, akabasha gusozanya umwaka nâumuryango
Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri wâIntebe, arashimira Perezida Paul Kagame wamuhaye imbabazi, akabasha gusoza umwaka no gutangira umushya atari muri gereza, ahubwo ari kumwe nâumuryango we. Dr Habumuremyi wanabaye Umuyobozi Mukuru wâurwego rushinzwe intwari, yari amaze umwaka urenga afungiwe muri gereza ya Nyarugenge kubera icyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye yahamijwe, akanakatirwa igifungo cyâimyaka itatu. […]
Kenya: Minisitiri wâUburezi yibasiwe azira kuvuga ko mu mashuri yisumbuye harimo abatinganyi
Minisitiri wâUburezi wa Kenya, Prof. George Magoha ari ku gitutu nyuma yo kuvuga ko mu mashuri yisumbuye acumbikira abanyeshuri (boarding) harimo abatinganyi bagomba kwirukanwa, bakajya biga mu yandi biga bataha. Prof. Magoha yabimenyesheje abayobozi bâibigo byâamashuri ati: âUbu hari abana baryamana bahuje ibitsina, bagomba kujya ku mashuri yegereye iwabo. Inshingano zanyu zigomba gushingira ku bantu […]
Umuririmbyi watsindiye Frw miliyoni 50 muri Next Pop Star ntayahabwe yitabaje Perezida Kagame
Umuririmbyi Kibatega Jasmine wegukanye amafaranga yâu Rwanda miliyoni 40 mu irushanwa ryâabanyempano rya Next Pop Star muri Werurwe 2021, yitabaje Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kugira ngo amufashe kurenganurwa, kuko ngo ntarayahabwa. Mu ijoro rya tariki ya 17 Werurwe ni bwo ikigo More Events gitegura iri rushanwa cyatangaje ko Kibatega ari we uryegukanye, cyemeza ko […]
Rutshuru: Haravugwa ifatwa ryâuwahoze ari umufatanyabikorwa ukomeye wa FDLR
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) aravuga ko abasirikare babarizwa muri Regima ya 3412 iri mu gace ka Nyamilima muri Gurupoma ya Binza, Teritwari ya Rutshuru, bataye muri yombi Major Katuleve wigeze kuba umufatanyabikorwa ukomeye wâumutwe witwaje intwaro wa FDLR, urwanya Leta yâu Rwanda. Impamvu yâitabwa muri yombi rya Katuleve bivugwa ko […]
Bukavu: Umugeni yapfiriye mu nzira ajya gushyingirwa
Umukobwa wo mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yapfiriye mu nzira ubwo yari agiye gushyingiranwa nâumukunzi we. Ibitangazamakuru bikorera muri iyi Ntara bivuga ko uyu mukobwa yabanje gusezeranira imbere yâamategeko kuri uyu wa 30 Ukuboza 2021, yitegura gushyingirwa kuri uwo munsi. Nyuma yâigihe gito, uyu […]
Ngororero: Abanyeshuri 6 bakatiwe imyaka itanu nâihazabu ya Frw miliyoni 5 bazira ibikoresho bya Frw 44,000
Abanyeshuri batandatu (6) barangije amashuri yisumbuye muri TVET ESECOM Rucano iherereye mu Karere ka Ngororero mu Ntara yâUburengerazuba, kuri uyu wa 30 Ukuboza 2021 bakatiwe igifungo cyâimyaka itanu, banacibwa ihazabu yâamafaranga yâu Rwanda kuri buri umwe bazira kwangiza ibikoresho byâishuri bishimira ko basoje ibizamini bya Leta. Aba banyeshuri bari mu kigero cyâimyaka iri hagati ya […]
U Burundi bwohereje Abanyarwanda 8 bari barahunze urukingo rwa Covid-19

Leta yâu Burundi yoherereje u Rwanda Abanyarwanda 9 barimo 8 bari barahunze ikingirwa ryâicyorezo cya Covid-19 bavuga ko rikorwa ku ngufu, hamwe nâuwari warahungukanye nâimpunzi zâAbarundi abeshya ko ari Umurundi. Aba bahunze urukingo barimo abakuze batanu nâabana 3 bari bamaze icyumweru kirenga bahungiye muri Komini Bugabira iri mu Ntara ya Kirundo, bikavugwa ko ari ho […]
Abishyura bakoresheje amakarita ya banki barimo kwibwa
Urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rumaze kwakira ibirego byinshi byâabantu bakoresha amakarita ya banki mu kwishyura serivisi bavuga ko babona amafaranga yabo ava kuri konti nta ruhare babigizemo. RIB mu iperereza ryâibanze yakoze ngo yasanze hari bamwe mu bashinzwe kwishyuza abakiriya, cyane cyane mu mahoteli na resitora, bakoresha utumashini rwa POS, biba imibare […]
Umugenzuzi wa RIB avuga ko nâigihano cyâurupfu kitaca ruswa
Umugenzuzi Mukuru wâurwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), Murigo Morris avuga ko nta tegeko rishobora guca icyaha cya ruswa, nâubwo ryaba ari irishyiraho igihano cyâurupfu. Murigo yabitangarije mu kiganiro giherutse guhuriza hamwe inzego nâimiryango irimo Transparency International-Rwanda urwanya ruswa nâakarengane. Uyu muryango wagaragaje uko icyaha cya ruswa gihagaze wifashishije raporo ngarukamwaka ya Rwanda Bribery Index uherutse […]
Uwigeze kuvuga ko Gen Kainerugaba afite umubyibuho ukabije yafunzwe

Umwanditsi wâibitabo Kakwenza Rukirabashaija wigeze kuvuga ko umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba nâUmugaba wâingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba afite umubyibuho ukabije, yafunzwe. Ifungwa ryâuyu munyamakuru ryemejwe nâumunyamategeko umwunganira witwa Eron Kiiza, ngo rikaba ryakozwe nâabapolisi bashinzwe ubutasi. Polisi ntacyo iravuga ku ifungwa rya Rukirabashaija nâimpamvu yaryo gusa ikekwa ni […]
Perezida Nyusi yasuye RDF na SAMIM muri Cabo Delgado

Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi wari uherekejwe na Minisitiri wâIngabo zâiki gihugu, Cristovao Chume, basuye ingabo zâu Rwanda (RDF) nâizâakarere ka Afurika yâEpfo (SAMIM) ziri mu butumwa bwâamahoro mu ntara ya Cabo Delgado. Mu Karere ka Mueda, Perezida Nyusi yahahuriye na Komanda wâingabo za Mozambique ziri muri Cabo Delgado, nâabahagarariye RDF na SAMIM, […]
Imodoka ya Perezida Tshisekedi yaheze mu isayo, abakomando bamurinda barayisunika

Imodoka ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yaheze mu isayo biba ngombwa ko abarimo abakomando bamurinda bayisunika, bayikuramo. Byabaye ubwo uyu Mukuru wâIgihugu yagiriraga uruzinduko mu gice cya Grand Kasai, tariki ya 26 Ukuboza 2021 avuye mu mujyi wa Mbuji Mayi ufatwa nkâumurwa mukuru waho. Mu rwego rwo kugira ngo […]
Umusifuzi yahetse Police FC_KNC nyuma y’aho Gasogi United itsinzwe
Umuyobozi Mukuru wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yashinje umusifuzi wo hagati Balthazar guheka Police FC kugeza ubwo ibona amanota atatu, gusa avuga ko atajya kumurega ariko ngo akwiye kwigaya. Gasogi United yari yabanje Police FC ibitego bibiri byatsinzwe na Nsengiyumva Moustapha ku munta wa 40 nâuwa 47, byishyurwa na Hakizimana Muhadjiri ku munota […]
Guhagarikwa umwaka wose no gusubizwa mu cyiciro cyo hasi; ibihano ku ikipe izarenga ku mabwiriza ya Covid-19
Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ikipe bizagaragara ko yakoze uburiganya bugamije kwica amabwiriza mashya yo kwirinda ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19, izahanishwa guhagarikwa umwaka wose kandi yagaruka igasubizwa mu cyiciro cyo hasi. Iri shyirahamwe ryabitangaje mu butumwa buhakana amakuru avugwa ko hari amakipe yaba akinisha abakinnyi kandi ibisubizo byâibipimo bafashwe bigaragaza ko banduye […]
Umugabo uvuga ko yarenganyijwe nâuwabaye Minisitiri wâUbutabera yaririye imbere ya Perezida Ndayishimiye

Niyoyandemye MoĂŻse uvuga ko ari impunzi yaririye imbere ya Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye ubwo yamugezagaho ikibazo cyâakarengane avuga ko yagiriwe nâuwabaye Minisitiri wâUbutabera, Jeanine Nibizi. Uyu Murundi avuga ko mu gihe yari mu gihugu cye yakuwe mu bye, ati: âNkurwa mu bana, nsinyishwa amasezerano yâuko ntazasubira ku rugo rwanjye. Nyakubahwa Perezida mwavuze ubutabera, njyewe […]
Kenya: Imirwano ikaze yadutse mu ngoro yâInteko, habaho gukomeretsanya

Mu mwanya ushize, mu ngoro yâInteko ishinga amategeko ya Kenya hadutse imirwano yatewe nâubwumvikane buke bwa bamwe mu badepite ku mushinga wo kuvugurura itegeko rigenga imitwe ya politiki. Ni bwo umudepite witwa John Mbadi yubiriye mugenzi we, Bernard Kipsengeret, amukomeretsa bikomeye ku ijisho, imvururu mu cyumba barimo ziratangira, abafite abacupa batangira kuyaterana. Kipsengeret yumvikana mu […]
U Burundi burakize cyane, mbabazwa cyane n’abavuga ko bukennye_Ndayishimiye
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko ababazwa cyane na raporo zivuga ko igihugu cye gikennye cyane kandi we abona gikize cyane kubera ko gifite umutungo mwinshi. Amaze kubitangariza mu ijambo amaze kugeza ku Barundi muri rusange barimo abari muri stade Intwari mu ntara ya Bujumbura kuri uyu wa 29 Ukuboza 2021. Yagize […]
Abakomando ba FARDC bavuga birukanye abarwanyi ba Col. Makanika mu gace bari bafashe
Umuyobozi wa Batayo 121 yâabakomando mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, Colonel AndrĂ© Ekembe yavuze ko birukanye abarwanyi bâihuriro ryâimitwe ya Gumino na Twirwaneho iyobowe na Col. Michel Rukunda (Makanika) mu gace ka Kamombo kari muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Yabwiye ActualitĂ© ati: âTuri muri Kamombo, umwanzi yahunze. […]
Kenya: Minisitiri wâUburezi yasabye ko abanyeshuri badashaka kwiga bemererwa gusubira iwabo
Minisitiri wâUburezi wa Kenya, Prof. George Magoha, yasabye abayobozi bâibigo byâamashuri kujya bareka abanyeshuri badashaka kwiga bagasubira iwabo kubana nâababyeyi. Uyu muyobozi yabitangaje ubwo yakurikiranaga ibikorwa byâubwubatsi bwâishuri ryisumbuye ryâabakobwa ryitiriwe Mama Ngina, kuri uyu wa 28 Ukuboza 2021. Prof. Magoha yakomoje ku myitwarire mibi igaragara kuri bamwe mu banyeshuri bikagera aho bigaragambya, bakangiza ibikoresho […]
Rwanda: Polisi irubakira abatishoboye, abaturage bigeze kuyubakira sitasiyo

Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2021, ubwo Polisi yâu Rwanda yizihizaga imyaka 21 imaze ishinzwe, inishimira ibyo imaze kugeraho cyane cyane mu kazi kayo kâingenzi ko kubungabunga umutekano wâabantu nâibyabo, yamuritse ibikorwa yakoze mu kwezi yahariwe. Polisi yâu Rwanda ivuga ko muri uku kwezi kwari gufite insanganyamatsiko igira iti âImyaka 21 yâubufatanye mu bikorwa byo […]
Minisitiri Gatabazi yavuze ko nta Munyarwanda ugomba kurenza 2021 atarikingiza Covid-19
Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko nta Munyarwanda wemerewe kurenza uyu mwaka wâ2021 atarikingiza icyorezo cya Covid-19 kandi ari mu byiciro byateganyirijwe iki gikorwa kuko ngo inkingo zitabuze. Uyu muyobozi yabimenyesheje itangamakuru kuri uyu wa 28 Ukuboza 2021 ubwo yasuraga icyumba ntangamakuru (Command Post) kuri Covid-19 kiri mu karere ka Rubavu, anakurikirana […]
FARDC ivuga ko Colonel wayo yiciwe mu mirwano nâabarwanyi ba Makanika
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, kivuga ko umusirikare wacyo wâipeti rya Colonel witwa YaundĂ© Kyembe yiciwe mu mirwano nâabarwanyi bâihuriro ryâimitwe yitwaje intwaro ya Gumino na Twirwaneho iyobowe na Colonel Michel Rukunda uzwi nka Makanika. Iki gisirikare kivuga ko kandi muri iyi mirwano yabereye mu duce twa Kamombo, Nyamara, Chakira na Mikarati […]
RDC: Abayobozi 4 ba ADF bari inyuma yâigitero cyâubwiyahuzi kuri Noheli bagiye guhigwa bukware
Ubushinjacyaha bwâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko bugiye gushakisha abayobozi bane (4) bâumutwe wâiterabwoba wa ADF bakekwaho kuba inyuma yâigitero cyâubwiyahuzi cyagabwe muri Teritwari ya Beni tariki ya 25 Ukuboza 2021. Aba ni umuyobozi mukuru wa ADF, Seka Baluku, uwitwa Kahindi na Difenda bakomoka muri Ugandda na Zakaria Amuli Banza uzwi […]
Burundi: Col. Musaba ntakiri umuyobozi wâurwego rwâubutasi

Perezida wa Repubulika yâu Burundi akaba nâumugaba wâikirenga wâingabo zâiki gihugu, Evariste Ndayishimiye yahinduye umuyobozi mukuru wâurwego rwâigisirikare rushinzwe iperereza. Nkâuko bigaragara mu itangazo ryashyizweho umukono nâUmukuru wâIgihugu, Minisitiri wâIntebe Alain-Guillaume Bunyoni na Minisitiri wâIngabo, Alain Tribert Mutabazi tariki ya 22 Ukuboza 2021, iyi nshingano yari isanganwe Col. Ernest Musaba yahawe Brig. Gen. Silas Pacifique […]
Museveni arahindura Umuvugizi wâingabo na Komanda wa SFC
Perezida wa Uganda akaba nâumugaba wâikirenge wâingabo, arahindura Umuvugizi wâingabo za Uganda na Minisiteri izishinzwe, Brig. Gen. Flavia Byekwaso na Komanda wâagateganyo wâumutwe wâingabo zidasanzwe (SFC), Brig. Gen. Peter Chandia. Daily Monitor dukesha aya makuru ivuga ko ku wa Kabiri wâicyumweru gishize ari bwo aba basirikare bamenyeshejwe ko barajya kwiga amasomo yâigisirikare mu ishuri rishya […]
Ninjiye mu kibikira nari mfite abansaba kuba Fiancée, nigeze gushaka kukivamo_Sr Immaculée
Sr Uwamariya ImmaculĂ©e uyobora CollĂšge Saint Bernard Kansi mu karere ka Gisagara mu majyepfo yâu Rwanda avuga ko ubwo yafataga icyemezo cyo kwiyegurira Imana mu 1992 afite imyaka 22 yâamavuko, yari afite abamusabaga ko yababera umukunzi (FiancĂ©e) ndetse ngo hari nâubwo yigeze gushaka kukivamo. Mu kiganiro yagiriye kuri Radio Rwanda, Sr ImmaculĂ©e yasobanuye ko yafashe […]
Somalia: Perezida yahagaritse Minisitiri w’Intebe nyuma yo guterana amagambo na we
Perezida wa Repubulika ya Somalia, Mohamed Abdullahi Mohamed (Farmaajo) yahagaritse by’agateganyo Minisitiri w’Intebe, Mohamed Hussein Roble nyuma y’aho bombi bateranye amagambo bitewe n’amatora y’abadepite arimo kuba kuva mu kwezi gushize. Gusa impamvu ibiro bya Perezida byatangaje yatumye Roble ahagarikwa ni uko akurikiranweho kugira uruhare mu cyaha cya ruswa mu by’ubutaka. Byagize biti: “Perezida yafashe icyemezo […]
Abakomando b’u Burundi barenga 250 baba bamaze iminsi muri RDC
Biravugwa ko umutwe w’abasirikare badasanzwe b’u Burundi barenga 250 uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) guhera ku wa Kane w’icyumweru gishize, tariki ya 23 Ukuboza 2021. Radio RPA dukesha aya makuru ivuga ko aba bakomando baturuka muri Batayo ya 212 bayobowe na Lt Col. Nyandwi LĂ©onidas bagiye guhiga […]
Uwabaye PS wa MIDIMAR muri kasho, imyigaragambyo i Goma, Abanyarwanda bahunze urukingo; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 20 Ukuboza 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru ziganjemo izâumutekano, ubutabera, politiki nâubuzima. Harimo: Ruvebana wabaye PS wa MIDIMAR muri kasho Ruvebana Antoine wabaye Umunyamabanga Uhoraho (PS) muri Minisiteri ishinzwe kurwanya no gukumira ibiza nâimpunzi yahoze yitwa MIDIMAR, byamenyekanye ko afunzwe akekwaho gusambanya abakobwa benshi barimo abatarageza ku myaka yâubukure, icyaha bivugwa […]
ApĂŽtre Mutabazi avuga ko abakirisitu benshi b’i Kigali barutwa na za âSlayâ
Ubwo yavugaga ku mpamvu umukirisitu agomba gutanga ituro ritubutse, ApĂŽtre Mutabazi Kabarira Maurice yavuze ko Abanyakigali batabikozwa, bityo ngo barutwa nâabazwi ku mbuga nkoranyambaga nka âSlay queensâ. Mu kiganiro aherutse kugirira kuri Amavuta TV, ApĂŽtre Mutabazi yagize ati: âAbo ni Abafarisayo, ntabwo bagomba kudusitaza, ntabwo bagomba kudutinza, bene abo ngabo uvuga ituro bakagwa. Abanyakigali bihaye […]
General Niyongabo yahaye Noheli imiryango 200 itishoboye yo ku ivuko

Umuryango wâumugaba mukuru wâingabo zâu Burundi, General Prime Niyongabo, wahaye Noheli imiryango 200 itishoboye yo ku ivuko muri Zone Bugarama mu Ntara ya Muramvya kuri uyu wa 25 Ukuboza 2021. Buri muryango utishoboye wahawe ibiribwa birimo: ibiro 10 byâumuceri, ibiro 10 byyâibishyimbo nâibiro bibiri byâumunyu.
Zimbabwe: Umushoferi yarokoye abantu 8 bahiraga muri bisi, Perezida amwemerera ishimwe
Umushoferi wâikamyo itwara ibikomoka kuri peteroli witwa Sirizani Batau yanyuze imitima ya benshi batuye muri Zimbabwe, abasomyi bâibinyamakuru nâabakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo gutabara abantu 8 bahiraga muri bisi (bus), bakavamo bose ari bazima. Uyu mushoferi yagize ubu butwari ku wa 24 Ukuboza 2021 nyuma yâaho ikamyo yari atwaye yagonganye nâiyi bisi yari itwaye abagenzi […]
Bill Gates avuga ko Omicron itazamara amezi atatu
Umuherwe William Henry Gates III (Bill Gates) wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko icyorezo cya Covid-19 cyihinduranyije cyahawe izina rya Omicron kitazarenza amezi atatu kikiriho. Yabitangarije mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter tariki ya 21 Ukuboza 2021, agira ati: âMu gihe bisa nâaho ubuzima bugiye gusubira mu buryo bwiza, twinjira mu […]
Afurika yâEpfo: Musenyeri Desmond Tutu warwanyije Apartheid yatabarutse

Musenyeri Desmond Mpilo Tutu wafatanyije nâabarimo Nelson Mandela kurwanya politiki y’ivangura ryakorerwaga abirabura muri Afurika yâEpfo yahawe izina rya Apartheid, yatabarutse mu gitondo cyâuyu wa 26 Ukuboza 2021. Inkuru yâurupfu rwa Musenyeri Tutu yatangajwe na Perezida wa Afurika yâEpfo, mu butumwa bwâakababaro bwibutsa abo muri iki gihugu ibikorwa byaranze nyakwigendera, birimo kuba ari umwe mu […]
Abofisiye bane barimo uwâipeti rya Colonel bakatiwe icya burundu bazira kwica urubozo Mpunga kugeza apfuye

Urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) rwakatiye igifungo cya burundu abofisiye bane bazira kwica urubozo umuturage wâimyaka 32 yâamavuko witwa Olivier Mpunga kugeza ashizemo umwuka. Aba bofisiye ni Colonel Samuel Mopepe wari usanzwe ashinzwe urwego rwâiperereza muri Polisi ya RDC, Captain Nzita wahase ibibazo Mpunga ubwo yari muri […]
Pasiteri navuga ngo dukeneye miliyoni 30, irukanka, gurisha Parcelle ufite i Nyamata_ApĂŽtre Mutabazi
ApĂŽtre Mutabazi Kabarira Maurice ugira ubutumwa butavugwaho rumwe, yavuze ko Pasiteri aba ari nkâImana mu rusengero ku buryo niba avuze ko hakenewe miliyoni 30 zâamafaranga, umukirisitu aba agomba kwirukanka, akagurisha ubutaka bwe, akabugurisha. Uyu muvugabutumwa uvanga uyu murimo nâubusesenguzi mu bya politiki, yabitangarije mu kiganiro aherutse kugirira kuri Amavuta TV cyatambutse tariki ya 3 Ukuboza […]
Kivu yâAmajyaruguru: Abantu 6 bizihizaga Noheli baguye mu gitero cyâubwiyahuzi, abandi benshi barakomereka
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2021, abantu bivugwa ko bizihirizaga umunsi mukuru wa Noheli mu kabari kitwa Inbox gaherereye muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), abantu 6 baguye mu gitero cyâubwiyahuzi, abandi benshi barakomereka. Mu masaa tatu yâijoro ni bwo Umuvugizi wa Guverinoma […]
Umutwe wa M23 uravuga ko ufite ibirindiro hafi yâikirunga cya Bisoke
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), uravuga ko ufite ibirindiro hafi yâikirunga cya Bisoke iki gihugu gihuriyeho nâu Rwanda mu majyaguru yâuburengerazuba bwarwo. Umuvugizi wâishami ryâigisirikare ryitwa ARC (ArmĂ©e RĂ©volutionnaire du Congo), Major Willy Ngoma ni we wabitangaje, ubwo yihakanaga igitero ingabo za RDC zivuga ko bazigabyeho […]
Wandemeye-Bamporiki ashimira umuhanzi Niyo Bosco
Ku isabukuru ye yâamavuko, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâurubyiruko nâumuco, Bamporiki Edouard yashimiye umuhanzi Niyo Bosco ku bwâibyishimo avuga ko yamuhaye, abihwanisha no kumuremera. Mu butumwa yatambukije kuri Twitter, Bamporiki yavuze ko yagize umunsi udasanzwe wagizwemo uruhare nâuyu muhanzi ufite impano yo kuririmba no gucuranga âguitarâ. Bamporiki yagize ati: âIsabukuru ziba nyinshi, zigahimwa nâimwe! […]
Goma: Perezida wa Uruguay yaje gusangira Noheli nâingabo zâigihugu cye

Perezida wa Repubulika ya Uruguay, Luis Alberto Lacalle Pou amaze kugera mu mujyi wa Goma ubarizwa mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Amafoto agaragaza Perezida Alberto ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Goma amaze gusohoka mu ndege yâUmuryango wâAbibumbye, asuhuza abasirikare nâabapolisi ba RDC. Perezida Alberto kandi yakiriwe mu biro […]
UPDF iravuga ko Polisi ya Kenya yafashe bunyago umusirikare wayo nâabakozi batatu bari mu kazi
Igisirikare cya Uganda, UPDF, kiravuga ko umusirikare wacyo Pte Twimanasiko Balam nâabandi basivili batatu basanzwe bakorera mu kiyaga cya Victoria bafashwe bunyago nâabapolisi bo muri Kenya. Mu itangazo ryashyizwe hanze nâUmuvugizi wa UPDF, Brig. Gen. Flavia Byekwaso kuri uyu wa 24 Ukuboza 2021, yasobanuye ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 23 Ukuboza, umutwe wâabasirikare […]
U Bufaransa nâibindi bihugu 14 byamaganye abacancuro bâAbarusiya muri Mali
U Bufaransa nâibindi bihugu 14 byo ku mugabane wâu Burayi na Amerika byamaganye abasirikare bâabacancuro bâumutwe wa Wagner Group ukomoka mu Burusiya bivugwa ko bagiye koherezwa muri Mali. Ibi bihugu byifatanyije nâu Bufaransa ni ibisanzwe ari inshuti zabwo, ari byo: u Bubiligi, u Bwongereza, u Budage, Repubulika ya Czech, Estonia, Denmark, u Butaliyani, Lithuania, u […]
Kabila ashobora kurega ibinyamakuru byamuvuzeho kunyereza miliyoni zâAmadolari
Abanyamategeko bunganira Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bavuga ko ashobora kurega ibinyamakuru mpuzamahanga byatangaje ko yanyereje umutungo wa Leta ubarirwa muri miliyoni zâAmadolari ya Amerika. Babivugiye mu kiganiro bagiranye nâabanyamakuru kuri uyu 23 Ukuboza 2021, basubiza kuri ibi birego byasohotse mu nkuru icukumbuye yahawe izina rya Congo Hold-up yasohotse […]
Hakuzimana Rashid aravuga ko afunzwe mu buryo amategeko atemera
Hakuzimana Abdou Rashid uvuga ko ari umunyapolitiki wigenga yabwiye abacamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko afunzwe mu buryo butemewe nâamategeko, bityo yakabaye arekurwa akaburanishwa ari hanze ya gereza. Yabivuze kuri uyu wa 23 Ukuboza 2021 ubwo yajuririraga igifungo cyâagateganyo cyâiminsi 30 yakatiwe nâurukiko rwâibanze rwa Nyarugenge tariki ya 22 Ugushyingo 2021. Uyu munyapolitiki wamenyekaniye […]
FARDC ivuga ko M23 yaraye iyigabyeho ikindi gitero
Umuvugizi wâagace kâibikorwa bya gisirikare ka Sokola 2 mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Lt Col. Guillaume Njike Kaiko yatangaje ko abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 baraye bagabye igitero ku bindi birindiro byabo bya Bukima biherereye muri Teritwari ya Rutshuru. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, i Goma kuri […]
Amafoto: Abasirikare ba RDF barenga 300 basoje amasomo yihariye

Abasirikare 302 barimo abofisiye bato 18 bo ku rwego rwa Lieutenant basoje amasomo yihariye bamaze amezi 11 bigira mu kigo cya gisirikare cya Nasho, kuri uyu wa 23 Ukuboza 2021. Mu myiyerekano bakoze, aba basirikare bagaragaje ubuhanga mu bikorwa (operations) byihariye, kunyura mu mazi, mu bumenyi bwâikarita, kurwanira mu kirere, kurasa no mu kurwana nâumwanzi […]