Dr Kalinda François Xavier yatorewe kuba Perezida wa Sena yâu Rwanda

Dr Kalinda François Xavier wari uherutse kugirwa umusenateri na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, amaze gutorerwa umwanya wa Perezida wâInteko ishinga amategeko yâu Rwanda, umutwe wa sena. Kandidatire ya Dr Kalinda wari umaze kurahirira umwanya wâumusenateri yatanzwe na mugenzi we, Senateri Nyirasafari EspĂ©rance, washingiye ku bunararibonye uyu munyapolitiki afite. Hari hanatanzwe kandidatire ya Senateri Umuhire […]
Vatican: Haba harimo gucurwa umugambi wo kweguza Papa Fransisiko
Abatsimbaraye ku matwara ya kiliziya bo muri Vatikani biravugwa ko baba barimo gutegura umugambi wo kotsa igitutu Papa Fransisko ku buryo ahatirwa kwegura . Igikorwa cyo kugerageza kwirukana Papa uzwiho kugira ibitekerezo bifunguye wâimyaka 86, ngo cyatangiye mu minsi mike nyuma y’urupfu rw’uwamubanjirije, Papa Emeritus Benedigito wa XVI wapfuye ku ya 31 Ukuboza. Ikinyamakuru The […]
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abanyeshuri biga ubuvuzi bataryama bihagije
Ubushakashatsi bushya bwakozwe nâintiti bwerekanye ko abanyeshuri biga ibyâubuvuzi mu Rwanda basinzira amasaha 5.5 nijoro ugereranije, kuko batanga umwanya munini kuri gahunda zabo zo kwiga . Ubushakashatsi bwatangajwe mu cyumweru gishize, bwakozwe nâitsinda rigizwe nâabaganga, abafarumasiye, nâaba psychologue, bagamije gusuzuma ireme ryâibitotsi mu banyeshuri mu byâubuvuzi biga muri kaminuza. Hakoreshejwe igikoresho cya psychometric gitanga igipimo […]
Kicukiro: 15 enfants blessés dans un accident de bus scolaire

Au total, 15 enfants ont Ă©tĂ© blessĂ©s dans un accident de la route impliquant un autobus scolaire le lundi 9 janvier, a indiquĂ© le dĂ©partement de la police routiĂšre . Aucun dĂ©cĂšs n’a Ă©tĂ© enregistrĂ©, a dĂ©clarĂ© le porte-parole du SSP RenĂ© Irere Ă la chaĂźne de tĂ©lĂ©vision nationale RBA. Les policiers Ă©taient sur les […]
Perezida Kagame mu bazahabwa ibihembo bya African Heritage Concert and Awards bizatangirwa i Kigali

Ubu byose byamaze gutegurwa kugirango ku nshuro ya mbere hazabe igitaramo ndangamurage nyafurika kizatangirwamo nâibihembo bise African Heritage Concert and Awards, kizabera i Kigali, cyateguwe mu rwego rwo guha icyubahiro abantu bakomeye bo muri Afurika . Uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya, John Magufuli, Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Goodluck Jonathan, […]
Rutangarwamaboko avuga ko yajyana mu rukiko Turahirwa kubera gukoresha nabi Ikinyarwanda
Umupfumu akaba nâumushakashatsi wâubuzima bushingiye ku muco, Rutangarwamaboko avuga ko yajyana mu rukiko umunyamideli Turahirwa Moses kubera gukoresha nabi ijambo ryâIkinyarwanda âKwandaâ. Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye videwo igaragaza Turahirwa wahanze inzu yâimideli ya Moshons asambana na bagenzi be bâabagabo. Turahirwa yasabye imbabazi ku bwo kujya hanze kwâiyi videwo, asobanura ko yafashwe mu […]
RDC: Bakomeje kwemeza ko M23 itigeze iva muri Kibumba
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Mutarama, abatangabuhamya bakomeje kwemeza ko M23 itarava muri Kibumba muri Teritwari ya Nyiragongo nubwo hoherejwe ingabo zâumuryango wâibihugu byâAfurika yâIburasirazuba (EAC) muri kariya gace ka Kivu y’Amajyaruguru . Izi nyeshyamba zivugwa cyane cyane hafi y’ibitaro bikuru byâicyitegererezo bikorera muri iki gice, cyane cyane ku kigo nderabuzima cya Kingarame, aho […]
Rebero: Bisi yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka

I Rebero mu mujyi wa Kigali habereye impanuka ikomeye ya bisi itwara abanyeshuri yo ku ishuri rya Path to Success ubwo imodoka yarengaga umuhanda, ijya kugwa mu ishyamba. Mu kiganiro kirambuye umuvugizi wâishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP Irere RenĂ© yagiranye na RBA, yatangaje ko ku bwâamahirwe nta mwana wapfiriye muri iyo […]
Rushimusi ruharwa wâabantu ukomoka muri Mozambike yafatiwe muri Afurika yâEpfo

Umugabo wo muri Mozambike uregwa kuba yarateguye ishimutwa ryinshi ryâabantu ashaka ingurane yatawe muri yombi na Interpol muri Afurika y’Epfo . Esmael Malude Ramos Nangy arakekwaho kuba yarateguye ishimutwa ryinjije miliyoni nyinshi z’amadolari y’ingurane mu myaka 20 ishize. Igipolisi cyo muri Afurika y’Epfo cyatangaje ko yatawe muri yombi mu mukwabu wakozwe ku nzu ituwe cyane […]
Ubu mba ndi Kisangani kuko nta ngabo zampagarika: Colonel Nzenze wa M23
Colonel Nzenze Imani uyobora abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 baherutse kurekura ikigo cya gisirikare cya Rumangabo muri teritwari ya Rutshuru, yatangaje ko nta musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo wamuhagarika mu gihe yaba afite gahunda yo gufata umujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo. Ni igisubizo yahaye abanyamakuru ubwo bamwibutsaga ko Leta ya […]
Igitero ku Nteko Ishinga Amategeko ya Brazil nâisano nâibyabereye kuri Capitol muri USA

Amagana y’abashyigikiye uwahoze ari perezida wa Brazil bateye inyubako zâubuyobozi zirimo inyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko, biba ngombwa ko Perezida Lula ahagurutsa ingabo . Nyuma yâamasaha yâakaduruvayo, abapolisi ba Brazil babashije kongera gufata inyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko abashyigikiye Perezida ucyuye igihe Jai Bolsonaro bari bigabije. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Polisi yari ikiri […]
Manchester United muri gahunda izatuma nta mukinnyi uzongera guhembwa umushahara uremereye

Manchester United yiteguye gushyira mu bikorwa itegeko yise ‘Ronaldo Rule’ rigiye gutuma nta mukinnyi n’umwe wayo uzongera gushyira umukono ku masezerano mashya ngo ajye ahembwa umushahara urenze ibihumbi 200 byâAmapawundi (ÂŁ200,000) ku cyumweru. Iyi ni gahunda yazanywe n’umutoza Eric ten Hag nyuma yo gusanga mu ikipe ye harimo umwuka mubi byâumwihariko mu bakinnyi bitewe nâubusumbane […]
Uganda: Vincent Gasana uri mu bashinze Akanama kâAbavandimwe yashimuswe, aricwa
Umunyapolitiki Vincent Gasana Kimbugwe uri mu bashinze Akanama kâAbavandimwe bafite inkomoko mu Rwanda yashimuswe nâabantu bataramenyekana, baramukubita bimuviramo urupfu. Ikinyamakuru Chimpreports gisobanura ko ku wa 5 Mutarama 2023 saa kumi nâimwe, ubwo Gasana yari ku nyubako akodesha, hari umuntu atazi wavugaga Urunyankole wamuhamagaye, amubwira ko yamusanga mu mujyi kuri Sheraton Kampala Hotel. Ngo Gasana yabanje […]
Kiyovu Sports yabonye Perezida mushya
Nyuma yâigihe kitari gito mu muryango wa Kiyovu Sports havugwa ukutumvikana, wabonye Perezida mushya kuri uyu wa 8 Mutarama 2023, ari we Jean François RĂ©gis uzwi ku izina rya GĂ©nĂ©ral. Ndolimana yemejwe nyuma yo kwakira ku mugaragaro ubwegure bw’uwari Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal wari umaze igihe kinini abyifuza. Perezida mushya wa Kiyovu Sports […]
Abapadiri bo mu Rwanda barakina imikino ya gicuti n’abo mu Burundi
Abapadiri bakorera muri diyosezi gatolika ya Ruhengeri mu Rwanda nâabo mu ya Muyinga mu Burundi barakina imikino ya gicuti yâumupira wâamaguru nâumukino wâamaboko wa Basketball kuri uyu wa 9 Mutarama 2023. Nk’uko urubuga Ikiriho rubivuga, umukino wa Basketball urabera mu cyumba cya Mess des Officiers mu ntara ya Muyinga saa tanu nâigice zâamanywa, umupira wâamaguru […]
Burera: Umukecuru w’imyaka 89 aravuga ko yambuwe umutungo n’umuhungu we

Umukecuru w’imyaka 89 wo mu kagari ka Ntaruka, umurenge wa Kinoni mu karere ka Burera witwa Kantamage Hana aratabaza, avuga ko yambuwe n’umuhungu we witwa Kabera Abel umutungo w’amasambu abiri. Arabivuga ashingiye ku cyemezo cyafashwe n’urukiko rwisumbuye rwa Musanze mu rubanza N°RCA 00020/2021/TGI/ MUS cyatesheje agaciro urubanza N°00082/2020/TB/GAH, rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Gahunga kuwa 01/03/2021, […]
Umukinnyi ukomoka muri Argentine ya Messi akomeje kugaragaza ko yihebeye Cristiano Ronaldo

Umukinnyi ukomoka muri Argentina, Alejandro Garnacho akomoje kugaragaza ko ari umufana utihishira wa Cristiano Ronaldo, ibintu bidasanzwe ku bakinnyi bakomoka aho Lionel Messi afatwa nk’umwami. Si kenshi umukinnyi agaragaza ko yaba ashyigikiye Messi kandi akomoka muri Portugal cyangwa se ngo yerekane ibimenyetso by’uko afana Cristiano Ronaldo kandi akomoka muri Argentine. Garnacho w’imyaka 18 usanzwe ukinira […]
Visite du ministre turc des Affaires étrangÚres au Rwanda
Le ministre turc des Affaires Ă©trangĂšres, Mevlut Cavusoglu, est attendu au Rwanda le jeudi 12 janvier, dans le cadre d’une tournĂ©e de 5 pays africains qui commence le dimanche 8 janvier . Selon un communiquĂ© du ministĂšre turc des Affaires Ă©trangĂšres, la tournĂ©e de Ăavu?o?lu dĂ©butera en Afrique du Sud, avant de se poursuivre au […]
Impanuka idasanzwe ya za bisi yahitanye byibuze abantu 40 abandi 87 barakomereka
Nibura abantu 40 bapfuye abandi 87 barakomereka nyuma yâuko bisi ebyiri zagonganye hafi y’Akarere ka Kaffrine muri Senegal rwagati . Iyi mpanuka idasanzwe kubera abantu bayiguyemo yabereye ku muhanda wâigihugu nimero 1 mu masaha ya saa cyenda na cumi nâitanu zâurukerera (03:15 GMT) kuri iki Cyumweru itariki 8 Mutarama 2023. Perezida Macky Sall yavuze ko […]
Visi Perezida wa Kenya ahangayikishijwe nâuko adasiba gusabiriza ibiryo byo gutunga abaturage

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yagaragaje ko ahangayikishijwe nâuko kuva yajya kuri iyi nshingano adasiba gusabiriza ibiryo byo gutunga abatuye mu gihugu bugarijwe nâinzara, agasaba nâibihugu byâabakoloni. Aya maganya yayagaragaje ubwo yasengeraga mu karere ka Mount Kenya kuri uyu wa 8 Mutarama 2023, atura Imana ibibazo byugarije igihugu muri rusange, byâumwihariko inzara yatewe n’amapfa. […]
Umugabo yashoye akayabo ku kibumbano gisa neza nkâumugore we wapfuye

Tapas Sandilya, umukozi wa leta uri mu zabukuru w’imyaka 65, yashoye amafaranga akoreshwa mu Buhinde 250.000 (hafi $ 3.000) kugirango akorerwe ikibumbano gisa nâumugore we wapfuye . Umugore wa Sandilya Indrani yapfuye muri Gicurasi 2021 mu gihe mu Buhinde bri muri guma mu rugo ya kabiri kubera icyorezo cya COVID-19. Sandilya yari mu kato igihe […]
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Turkiya, Mevlut Cavusoglu, ategerejwe mu Rwanda
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Turkiya, Mevlut Cavusoglu yiteguye gusura u Rwanda ku wa Kane utaha, itariki ya 12 Mutarama, mu rwego rwo kuzenguruka ibihugu 5 bya Afurika mu rugendo rutangira kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Mutarama . Nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâububanyi nâamahanga ya Turkiya, urugendo rwa Ăavu?o?lu ruratangirira muri Afurika yâEpfo, mbere yâuko […]
Nyamasheke: Umusore wâimyaka 19 akurikiranyweho kwica se bapfa ingurube
Umurambo wa Mbanzendore Dani wâimyaka 50, washyinguwe ku gicamunsi cyo ku wa 7 Mutarama nyuma yâiminsi 5 yishwe nâimigeri nâamatafari abo mu muryango we bavuga ko yakubiswe nâumuhungu we Nsabimana DieudonnĂ© wâimyaka 19 nâumugore we Mukankiko ThĂ©rĂ©sie, bapfa ingurube, abakekwaho ubu bwicanyi bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Macuba. Amakuru umunyamakuru wa Bwiza.com yahawe kuri […]
Uganda: Abakada 3 ba NRM bafunzwe bashinjwa kwitwaza Perezida Museveni mu bwambuzi
Urukiko rwâibanze muri Lira rwohereje abakada batatu ba NRM muri gereza ya leta ya Lira kubera ubujura bunyuranyije nâingingo ya 254, 261 yâitegeko ryerekeye amategeko ahana, bakoze bitwaje umukuru wâigihugu, Yoweri Museveni . Ku wa Gatanu, Vicky Atim, Basil Odyek, na Nelson Ocen bitabye Jonathan William Wamimbi, umucamanza wo mu cyiciro cya mbere aho bashinjwaga […]
Bwa mbere kuva yashingwa, Al Shabaab yasabye kugirana ibiganiro na Guverinoma ya Somalia
Kuri uyu wa Gatandatu, Guverinoma ya Somalia yavuze ko umutwe wâiterabwoba wa al-Shabaab ukorana bya hafi na al-Qaeda wasabye gufungura ibiganiro na guverinoma ku nshuro ya mbere . Minisitiri wâingabo wungirije wa Somalia, Abdifatah Qasim, yatangaje ko abaterabwoba ba al-Shabaab badafite amahirwe yo gushyikirana na guverinoma, usibye abenegihugu ba Somalia bagize uyu mutwe wâiterabwoba. Abdifatah […]
Depite Matofali ntiyumva ukuntu umusirikare wâu Rwanda yemererwa kugera mu kigo cya Rumangabo

Umudepite uhagarariye ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Promesse Matofali Yonama, ntiyumva ukuntu umusirikare wâu Rwanda yemererwa kugera mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo. Tariki ya 6 Mutarama 2023, abo mu nzego zitandukanye zirimo ubuyobozi bwâumutwe wâingabo wa Afurika yâiburasirazuba, EACRF nâabo mu rwego rwâakarere […]
UPDF yarunze ingabo hafi ya RDC mu gihe M23 ikomeje gusatira umupaka wa Ishasha
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyohereje ingabo ku mupaka wa Uganda na Congo mu Karere ka Kanungu mu gihe inyeshyamba za M23 zikomeje gusatira umupaka wa Ishasha . Ku wa Kane ushize, Lt Col Robert Nahami, umuyobozi wa Brigade ya 307, nibwo yemeje iyoherezwa ryâizi ngabo, avuga ko rigamije gukingira, Abagande batuye mu bice byegereye uyu […]
USA: Imwe mu ntasi zamamaye mu Ntambara yâUbutita yafunguwe nyuma yâimyaka isaga 20 afunzwe
Ana Montes, umwe mu ntasi zamamaye mu Ntambara y’Ubutita yafashwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuye muri gereza nyuma yâimyaka irenga 20 afunzwe . Uyu mukecuru w’imyaka 65 yamaze hafi imyaka makumyabiri anekera Cuba mu gihe yakoraga nk’umusesenguzi mu Rwego rwâUbutasi bwa Gisirikare rwa Amerika (Defence Intelligence Agency) . Nyuma yo gufatwa kwe mu […]
Kenya: Umutinganyi yishe mugenzi we, amukekaho kumuca inyuma
Umutinganyi wamamaye muri Kenya witwa Edwin Chiloba yishwe na mugenzi we witwa Jackton Odhiambo wamukekagaho gukundana nâundi musore. Tariki ya 3 Mutarama 2023, abamotari basanze Chiloba yishwe, ibice byâumubiri we bibitse mu gasanduku kâicyuma kari kajugunywe mu gace ka Uasin Gishu, hafi yâaho yakoreraga ubucuruzi bwâimyambaro. Umuvugizi wa Polisi ya Kenya, Resila Onyango, yamenyesheje ibiro […]
Umuburo ku bagabo bakoresha imiti ivugwaho kongera igitsina cyabo
Abagabo bakoresha imiti ikomoka ku bimera ivugwaho kongera ingano yâigitsina cyabo ituruka muri Tanzania ya âDawa ya Kupanua Uumeâ na âDelay Spray for Menâ baramenyeshwa ko ishobora kubagiraho ingaruka mbi. Ikigo cyâigihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bwâibiribwa nâimiti, Rwanda FDA, kivuga ko iyi miti hamwe nâuwitwa Ngetwa 3 ukoreshwa mu kuvura indwara nyinshi itemerewe gucuruzwa no […]
Burundi: Minisiteri yâubutabera yasobanuye ibyâurubanza rwa Irangabiye wari warahungiye mu Rwanda
Minisiteri yâubutabera mu Burundi yasobanuye ibyâurubanza umunyamakuru Floriane Irangabiye wari warahungiye mu Rwanda yakatiwemo igifungo cyâimyaka 10, akanacibwa ihazabu yâamafaranga yâAmarundi miliyoni 1. Tariki ya 3 Mutarama 2023 ni bwo urukiko rwisumbuye rwa Mukaza rwakatiye Irangabiye ibi bihano, rumaze kumuhamya icyaha cyo kubangamira umutekano wâimbere mu gihugu. Itabwa muri yombi rya Irangabiye ryabereye ku kibuga […]
Musanze: Abageze mu gihe cyo gufata indangamuntu baravuga ko bari kwishyuzwa amafaranga y’umurengera
Bamwe mu bageze mu gihe cyo gufata indangamuntu bo mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze baravuga ko bari kwishyuzwa amafaranga arenze ateganywa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe indangamuntu (NIDA) kugira ngo bemererwe kwifotoza. Ubusanzwe nk’uko biri gukorwa hirya no hino mu gihugu, umwana wese ugejeje igihe cyo gufata indangamuntu (uwujuje imyaka 16), yishyura amafaranga magana […]
USA: Kera kabaye inteko ishinga amategeko yabonye umuyobozi mu cyiciro cya 15 cyâamatora
Umurepubulikani Kevin McCarthy niwe watsindiye kuyobora inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika,, umutwe wâAbadepite mu cyiciro cya 15 cyâamatora ku majwi 216 kuri 212 ygizwe nâumuyobozi wâabademokarate mu nteko, Hakeem Jeffries . Urubuga rwa interineti al-Hurra rwo muri Amerika rwavuze ko “intsinzi ya McCarthy, perezida mushya wâumutwe wâabadepite, yaje nyuma yâuko bamwe […]
Colonel Nzenze aremeza ko hari abacancuro ba Wagner M23 yishe
Colonel Nzenze Imani John uri mu bayobozi bakuru bâumutwe witwaje intwaro wa M23 yemeje ko hari abacancuro bâumutwe wâigisirikare wigenga wa Wagner abarwanyi ayoboye baherutse kwicira mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Uyu musirikare yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 6 Mutarama 2023 ubwo we nâabarwanyi ayoboye bashyikirizaga ku mugaragaro ingabo za Kenya ziri […]
Perezida wa Mali yababariye abasirikare basaga 40 ba Cote dâIvoire bari barakatiwe nâubutabera bwâigihugu
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wâinzibacyuho wa Mali, Colonel Assimi GoĂŻta, yafashe umwanzuro wo kubabarira no gukuraho burundu ibihano byari byahawe abasirikare 49 bo muri Cote d’Ivoire bakatiwe nâurukiko rwâubujurire rwa Bamako igifungo cyâimyaka 20 ku basirikare 46 ndetse nâigihano cyâurupfu ku bandi basirikare 3 bâabakobwa . Abinyujije mu iteka rya perezida […]
Musanze: Umugabo yapfiriye muri âgymâ ari gukora imyitozo
Uwitwa Ndamiyabo Ferdinard wari ufite imyaka 41 yâamavuko yapfiriye mu nzu yâimyitozo ngororamubiri iherereye mu mujyi wa Musanze ubwo yakoreraga umwitozo wo kwiruka ku mashini yabigenewe izwi nka Lepow. KT Press dukesha aya makuru ivuga ko iyi mpanuka yabereye muri Uptown Gym ku mugoroba wa tariki ya 5 Mutarama 2023. SP Ndayisenga Alex ushinzwe guhuza […]
Perezida Ruto yategetse ba Minisitiri kwishyurira icumbi nâamafunguro ababaherekeje mu mwiherero

Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, yategetse abanyamabanga muri guverinoma (ba Minisitiri) kwishyura icumbi nâamafunguro abayobozi nâabakozi babaherekeje mu mwiherero bari gukoresha. Iri bwiriza bitazwi niba yari arikomeje, yaritangiye muri uyu mwiherero wâabanyamabanga ba guverinoma bazwi nka CS (Cabinet Secretary) na PS (Principal Secretary) uri kubera muri hoteli ya Fairmont Mt Kenya Safari Club mu […]
Abanyamakuru 6 bafunzwe bazira amashusho ya Perezida Salva Kiir ubwo yinyariraga
Inzego zishinzwe umutekano muri Sudani yâEpfo zifunze abanyamakuru batandatu baba baragize uruhare mu gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir ubwo yinyariraga mu ruhame. Tariki ya 13 Ukuboza 2022, Perezida Kiir yayoboye umuhango wo gufungura ku mugaragaro umuhanda wa Juba-Terekeka. Ubwo yari ahagaze yemye, aririmba indirimbo yubahiriza igihugu, ni bwo yaje kwinyarira, bikavugwa ko ari byatewe […]
Amerika yasabye u Rwanda kuvana muri RDC Ingabo ivuga ko rufiteyo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje u Rwanda kugira Ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zirusaba kuzivanayo. Ni ibikubiye mu itangazo riheruka gusohorwa na Ned Price usanzwe ari Umuvugizi wa Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Amerika. Ned Price yasohoye iri tangazo muri iki cyumweru, nyuma ya raporo yâimpuguke za Loni yo ku wa […]
U Rwanda rwitabiriye inama yâumutekano iri kubera i Goma

U Rwanda rwitabiriye inama yâumutekano yâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) iri kubera mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Iyi nama yatangiye kuri uyu wa 6 Ukuboza 2022, ifungurwa na Guverineri wungirije wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru, Komiseri wa Polisi Romy Ekuka Lipopo. Iri kuganirirwamo ingingo ijyanye nâingengo yâimari yâingabo zo mu […]
M23 yavuye mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, gisigaramo Abanyakenya

Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 kuri uyu wa 6 Mutarama bavuye mu kigo cyâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo cya Rumangabo, bagishyikiriza ingabo za Kenya ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba. Abarwanyi bavuye muri iki kigo bari bayobowe na Colonel Nzenze Imani uri mu basirikare bo ku rwego rwo hejuru muri […]
Nyaruguru: Umugabo yiyahuye nyuma yo kwica umugore we amutemye ijosi n’imyanya y’ibanga
Umugabo w’imyaka 40 witwaga Mwendangabo Alphonse, wari utuye mu mudugudu wa Sekera, akagari ka Uwacyiza, umurenge wa Muganza, akarere ka Nyaruguru, yiyahuye yishyize ku kagozi nyuma yo kwica umugore we witwaga Mukamurenzi, amutemye ijosi no ku gitsina. Uyu mugabo yatemye kandi n’umwana we w’imyaka 5 ariko uyu mwana ku bw’amahirwe ntiyapfa. Nk’uko abaturanyi babivuga, aya […]
Turukiya yahaye igisirikare cya RDC intwaro ânyinshiâ zigezweho

Igisirikare cya Turukiya cyahaye icya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ibikoresho byinshi ‘bigezweho cyane’ birimo intwaro zitezweho kwifashishwa mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo M23 yashinze ibirindiro muri teritwari ya Rutshuru. Indege yâubwikorezi yâigisirikare cya Turukiya kirwanira mu kirere yagejeje ibi bikoresho ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Goma mu masaha yâikigoroba cyâuyu wa 6 Mutarama […]
Rusizi: Rumwe mu rubyiruko ârutinyaâ inda kuruta SIDA

Nubwo SIDA ari icyorezo cyugarije Isi yose, rumwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Rusizi ruvuga ko ruterwa impungenge na rugenzi rwarwo ruyifata nkâindwara isanzwe, ko ngo nâuyanduye imiti ayibonera ubuntu, ngo icyo rutinya mu mibonano mpuzabitsina idakingiye ari inda, rukavuga ko iyi myumvire idahagurukiwe yateza akaga. Urubyiruko rwaganiriye na Bwiza.com ku myumvire yarwo ku […]
Turakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzatuma udusuzugura â Gen. (Rtd) Otafiire
Minisitiri Kahinda Otafiire ushinzwe ibibazo byâimbere muri Uganda warwanye intambara yo kubohoza igihuu yarangiye mu 1986, yabwiye umuhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi Kainerugaba ko batazatuma abasuzugura . âTurakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzakwemerera kudusuzugura,â uyu ni Maj. Gen. (Rtd) Otafiire mu kiganiro yagiranye na CBS kuri uyu wa Kane ushize. Yakomeje agira ati â […]
Leta iremeza ko nta muti wa SIDA wageze mu Rwanda
Ikigo cyâigihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bwâibiribwa nâimiti, Rwanda FDA, kiremeza ko nta muti uvura icyorezo cya SIDA wageze mu gihugu. Ni nyuma yâaho ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru guhera kuri uyu wa 5 Mutarama 2023 avuga ko FDA yemeje ko umuti witwa Sunlenca na Placebo âyageze mu Rwanda kandi ngo ivura SIDA.â Rwanda FDA mu […]
Pte Waalibwa wa UPDF wishe arashe Nizeyimana yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa gisirikare muri Uganda kuri uyu wa Kane rwari ruteraniye ahitwa Rukundo mu Karere ka Kisoro, rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare Pte Hamis Walibwa wari ukurikiranweho icyaha cyâubwicanyi . Urukiko ruyobowe na Col. Rogers Kitwala, rwakatiye iki gihano Pte Walibwa nyuma yo guhamwa nâibyaha bibiri byâubwicanyi no kugerageza kwica. Walibwa, wakoreraga muri Batayo ya […]
Andrew Mwenda yakozwe ku mutima n’uburyo P. Kagame aha umwanya umuryango we
Umunyamakuru Andrew Mwenda yifashishije amashusho ya Perezida Paul Kagame akina n’umwuzukuru we, avuga ko n’abandi bakomeye bakabaye bafatira urugero ku buryo aha umwanya umuryango we. Muri aya mashusho y’amasegonda 25 Umukuru w’Igihugu agaragara akinisha umwuzukuru we muto wari ucigatiwe na Madamu Jeannette Kagame. Ni amashusho bigaragara ko aba bombi bari iwabo mu rugo ahari na […]
Muhanga: Hafatiwe amasashe ibihumbi 190 atemewe gukoreshwa mu Rwanda
Polisi y’u Rwanda ifatanyije nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage mu Karere ka Muhanga, ku wa Kabiri tariki ya 3 Mutarama, yafashe abantu babiri ari bo; Nsabimana Justin ufite imyaka 36 yâamavuko na Niyonsaba Jackson wâimyaka 33, bari bafite amasashe atemewe gukoreshwa mu Rwanda ibihumbi 160 nyuma yâiminsi micye hafashwe undi witwa Habanabakize Thomas wâimyaka 35 na […]
Uganda: Impanuka ikomeye ya bisi itwara abagenzi yahitanye 16 abandi barakomereka
Nibura abantu 16 bapfuye abandi 21 barakomereka nyuma yâuko bisi igonze rukururana yari iparitse muri centre yâubucuruzi ya Adebe hafi yâumuhanda Kampala-Gulu mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu . âBiravugwa ko bus ifite pulake UAT 259P y’isosiyete itwara abagenzi ya Roblyn yavaga i Kampala yerekeza i Gulu yinjiye muri rukururana yari iparitse ahagana mu […]
Basanga kuba Prince Harry yemeye ko yishe Abatalibani 25 bishobora kumushyira mu kaga
Kuri uyu wa Kane, uwahoze mu gisirikare cyâu Bwongereza, Colonel Richard Kemp, yatangaje ko icyemezo cya Duke of Sussex cyo gusohora amakuru arambuye mu gitabo ku mibereho ye yise ‘Spare’ ari ‘uguhemukira abantu yarwananye na bo ‘. Kemp yatangarije ikinyamakuru The Sun ko aya magambo yashyize igipimo kinini ku mugongo w’igikomangoma na cyane ko ingoro […]
Le Rwanda obtient 37 millions d’euros pour numĂ©riser les services publics et stimuler l’industrie des drones
Le gouvernement rwandais a obtenu jeudi 5 janvier un prĂȘt de 37 millions d’euros (environ 41 milliards de frw) de l’Agence française de dĂ©veloppement (AFD) pour transformer davantage de services publics en numĂ©rique et dĂ©velopper l’industrie des drones du pays . L’accord connexe est Ă©galement complĂ©tĂ© par une subvention de 1,2 million d’euros pour mobiliser […]
M23 yaraye idatanze ikigo cya gisirikare cya Rumangabo nkâuko yari yabyemeye
Inyeshyamba zâumutwe wa M23 Werurwe, kuri uyu wa Kane itariki 5 Mutarama 2023 ntizashyikirije, nk’uko byari byatangajwe, inkambi ya gisirikare ya Rumangabo, muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu yâAmajyaruguru, abasirikare ba Kenya bo mu ngabo zâakarere ka Afurika yâiburasirazuba . Imihango yo guhererekanya iyi nkambi yâingabo zâingenzi yimuriwe kuri uyu wa Gatanu itariki ya […]
Tchad: Haburijwemo umugambi wa gisirikare wo guhungabanya igihugu
Inzego z’umutekano za Tchad zaburijemo umugambi wâitsinda ryâabasirikare bakuru wo guhungabanya umutekano wâigihugu nâitegeko nshinga, nk’uko guverinoma yabitangaje kuri uyu wa Kane ushize . Itangazo ryasohowe rigira riti: “Iyi gahunda yateguwe n’itsinda ribujijwe ry’abagambanyi rigizwe n’abasirikare 11.” Rikomeza rivuga ko uyoboyeiri tsinda ari uwitwa Baradine Berdei Targuio, Perezida wâUmuryango Uharanira Uburenganzira bwa Muntu muri Tchad. […]
Turahirwa ntakiri kuri Twitter nyuma yo kwemera ko ari we wagaragaye asambana nâabo bahuje igitsina
Konti yâurubuga rwa Twitter yâumunyamideli Moses Turahirwa wanditse izina mu Rwanda ntikiriho nyuma yo kwemera ko ari we wagaragaye asambana na babiri bahuje igitsina, akanabisabira imbabazi. Ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hakwirakwira amashusho yâamasegonda 59 agaragaza uyu musore asambana nâabagabo babiri, ndetse yakomeje gushyirwaho igitutu, bamwe mu bakoresha izi mbuga bamushinja gusebya umuco wâigihugu cyamubyaye. […]
Justin Bitakwira yemeza ko ibihano yafatiwe na EU nta ngaruka âna nkeâ bizamugiraho
Justin Bitakwira wigeze guhagararira ishyaka UNC mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) akaba na Minisitiri wari ushinzwe iterambere ryâicyaro, ahamya ko ibihano aherutse gufatirwa na komisiyo yâumuryango wâubumwe bwâUburayi nta ngaruka na nke bizamugiraho. Mu ntangiriro zâUkuboza 2022 ni bwo komisiyo ya EU yafatiye ibihano Bitakwira hamwe nâabandi bantu 7, […]
USA irashinja abacancuro ba Wagner kugenzura umutungo kamere mu gace ko muri Ukraine
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zirashinja abacancuro bâumutwe wâigisirikare cyigenga wa Wagner Group kugenzura umunyu nâikindi kinyabutabire cya âGypsumâ biri mu gace ka Bakhmut muri Ukraine. Umwe mu bakorera mu biro bya Perezida wa USA yabwiye ibiro ntaramakuru byâAbongereza (Reuters) bitashatse kuvuga amazina ye ko uyu mutwe washinzwe nâinshuti ya Perezida wâu Burusiya, Yevgeny […]
Gupima Covid-19 abinjira mu Burundi byakuweho
Minisiteri ishinzwe ubuzima bwâabantu no kurwanya SIDA yo mu Burundi yakuyeho igikorwa yari yarashyiriyeho abinjira muri iki gihugu cyo kubanza kubapima icyorezo cya Covid-19. Itangazo Minisitiri Nzeyimana Sylvie yashyize hanze kuri uyu wa 5 Mutarama 2023 rivuga ko iri bwiriza ryakuriweho bose; baba, abinjira mu gihugu banyuze ku butaka abanyura ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cyitiriwe […]
Umugaba Mukuru wungirije wa FARDC yagiye muri Minembwe
Umugaba Mukuru wungirije wâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ushinzwe ibikorwa, Gen. Maj. Chico Tshitambwe yagiye mu gace ka Minembwe mu ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Ikinyamakuru ActualitĂ© gisobanura ko Gen. Chico yageze muri Minembwe kuri uyu wa 4 Mutarama 2023, akaba yagiye gutangiza ibikorwa bihuriweho byâingabo za RDC zifatanyije nâizâu Burundi zibarizwa mu mutwe […]
Héritier Luvumbu commence les entraßnements avec Rayon Sports
Hier aprĂšs-midi sur la pelouse d’entraĂźnement de Nzove, les joueurs de Rayon Sports ont repris l’entraĂźnement aprĂšs une courte pause festive avant le match retour de la ligue nationale 2022-2023 prĂ©vu le 20 novembre . L’entraĂźneur en chef de Rayon Sports, Haringingo Christian Francis, a accueilli 17 joueurs, dont leur nouvel attaquant international congolais, HĂ©ritier […]