Nyamasheke: Umurambo wâumugabo wâimyaka 54 wasanzwe mu gihuru
Mu masaa kumi nâebyiri nâigice zâigitondo cyo kuri uyu wa 12 Mutarama, abaturage 2 bo mu kagari ka Rushyarara mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, bari bazindukiye guhinga mu mirima yâuruganda rwâicyayi basanze umurambo wa Kampayana FidĂšle wâimyaka 54 mu gihuru cyâamahwa yâimikeri mu ishyamba, mu kagari ka Kabuga. Amakuru Bwiza.com yahawe nâUmunyamabanga […]
RIB yaba iri mu iperereza ku mashusho yâurukozasoni ya Moses Turahirwa
Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) rwaba ruri mu iperereza ku mashusho yâurukozasoni agaragaza Moses Turahirwa asambana nâabandi bagabo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu minsi yashize. Aya mashusho yateje impaka yagaragaje Turahirwa asambana nâabagabo babiri, kandi na we yaje kwemera ko ari we uyagaragaramo, tariki ya 5 Mutarama 2023 asobanura ko yafashwe mu rwego rwo gutegura filimi […]
Macron ntateganya gusaba imbabazi Algeria kubwâibyo u Bufaransa bwayikoreye mu gihe cyâubukoloni
Perezida Emmanuel Macron avuga ko “atazasaba imbabazi” Algeria kubera ubukoloni bw’Abafaransa, ariko ko yizeye ko azakomeza guharanira ubwiyunge we na mugenzi we, Abdelmajid Tebboune . Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Le Point, cyasohotse kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama yagize ati: “Ntabwo ari njye wemeza gusaba imbabazi, ntabwo ibi ari cyo bigamije, iryo jambo […]
Ikipe yo muri shampiyona Cristiano Ronaldo akinamo irifuza Lionel Messi
Kizigenza Lionel Messi uherutse kwegukana igikombe cy’isi yari amaze imyaka irenga cumi n’umunani (18) ahatanira, arifuzwa n’ikipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Saudi Arabia yitwa Al Hilal ku buryo bikunze yasanga muri iki gihugu Cristiano Ronaldo. Ikinyamakuru cyandikira muri Espagne, Mundo Deportivo, cyatangaje ko Al Hilal yashyize ku meza imishandiko y’amadolari ya Amerika […]
Igisirikare cya Ukraine cyishongoye kuri ba âGeneralsâ bâAbarusiya
Igisirikare cya Ukraine cyishongoye ku basirikare bâAbarusiya ku rwego rwa General boherezwa gushoza intambara cyangwa kuyobora ibikorwa bidasanzwe bya gisirikare muri iki gihugu kuva muri Gashyantare 2022. Ni nyuma yâaho Perezida wâu Burusiya akaba nâUmugaba wâIkirenga, Vladimir Putin, kuri uyu wa 11 Mutarama 2023 akuye Gen. Sergei Surovikin ku nshingano yo kuyobora ibi bikorwa muri […]
RDC: Ingabo za EAC zahawe igihe ntarengwa cyo kugaba ibitero kuri M23 bitaba ibyo zigataha

Ingabo zâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba zirangajwe imbere nâIngabo za Kenya zoherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zahawe iminsi itandatu yo kuba zatangiye kugaba ibitero ku nyeshyamba za M23 bitaba ibyo hagatangira imyigaragambyo yo kuzisaba gutaha . Ibi byatangajwe nâimiryango ya sosiyete sivile kuri uyu wa Gatanu itariki 12 Mutarama 2023, aho uyu muryango wahaye […]
Colonel Habarugira ntiyumva ukuntu abana bari munsi yâimyaka 10 bashikuza abantu telefoni muri Rusizi

Umuyobozi wa Batayo ya 73 yâingabo zikorera mu karere ka Rusizi, Lieutenant Colonel Fred Habarugira, avuga ko bitumvikana kuba mu bajura bashikuza abaturage amatelefoni mu mirenge myinshi yâaka karere hagaragaramo nâabana bâimyaka 8 kuzamura, bagombye kuba bari mu ishuri, bataha bakaba hamwe nâababyeyi, agasanga ahanini bituruka ku babyeyi bataye inshingano zo kurera. Mu butumwa yahaye […]
Ătre reconnu coupable de remboursement d’impĂŽt frauduleux pourrait ĂȘtre passible d’une peine d’emprisonnement
Un contribuable reconnu coupable de remboursement d’impĂŽt frauduleux pourrait ĂȘtre passible d’une peine d’emprisonnement de deux Ă cinq ans et d’une amende Ă©quivalente Ă 100 % du montant indĂ»ment rĂ©clamĂ©, a proposĂ© un nouveau projet de loi . La disposition introduite pour sanctionner les contribuables qui sollicitent illĂ©galement tout remboursement d’impĂŽt, vise Ă Ă©viter les […]
Muhanga: Umugabo yiyiciye by’impanuka umugore bari bamaze amezi 5 bashakanye

Ishimwe Alice uherutse gukora ubukwe nâumugabo we Niyigena Patrick ku wa 24 Nyakanga 2022 yaraye ahitanywe nâimpanuka ubwo bari bavuye mu bucuruzi mu mujyi wa Muhanga. Iyi mpanuka yabaye saa mbili nâiminota 4 z’ijoro, mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ubwo Ishimwe yari atahanye nâumugabo we mu […]
Emiliano Martinez yaciririye imbwa yo kurinda ibihembo yakuye mu Gikombe cy’Isi
Umuzamu w’ikipe y’igihugu ya Argentina, Emiliano Martinez, yaciriye imbwa yatojwe n’abasirikare kabuhariwe kugira ngo ijye irinda ibihembo yegukaniye mu gikombe cy’Isi cyabereye muri Qatar mu mpera z’umwaka ushize. Martinez ufite imyaka 30 y’amavuko, kuri ubu akinira ikipe ya Aston Villa yo mu Bwongereza. Ubwo yavaga kwishimira igikombe cy’Isi Argentina, yazanye umudari ndetse n’igihembo cya ‘Golden […]
RDC: Ufite ikibazo cyo mu mutwe yambuye imbunda umusirikare wasinze arayimurasisha

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 11 Mutarama 2023, ahitwa Tshikapa, umurwa mukuru wâIntara ya Kasai muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umugabo ufite ikibazo cyo mu mutwe yagize atya abona umusirikare wa FARDC wasinze amwambura imbunda arangije aramurasa . Uwabibonye nâamaso wavuganye na Radio na Televiziyo bya Congo, RTNC, yavuze ko ibi byabereye muri Komini […]
Abakinnyi mpuzamahanga babaye mu gisirikare

Gukorera igihugu cyawe nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga kandi ukaba n’umusirikare, ni ibintu bibiri bitandukanye cyane kandi bishobora no kugorana kubera ko buri kimwe gisaba umwanya uhagije wo kugikora, gusa hari abakinnyi b’umupira w’amaguru bashoboye gukora byombi. Amateka avuga ko umupira watangiye ukinwa n’abasirikare ku rugamba ubwo babaga bari kuruhuka, bivugwa ko kandi bakundaga gukina […]
Vatican: Hasohotse igitabo kivuga ku mwuka mubi wari hagati ya Papa Fransisiko na Benedigito XVI

Icyumweru kimwe gusa nyuma yâishyingurwa rya Benedigito wa XVI, uwari umufasha we wa hafi yasohoye igitabo cyari gitegerejwe cyane kuri uyu wa Kane, agaragaza ibisobanuro birambuye ku makimbirane yari hagati ya nyakwigendera nâuwamusimbuye Papa Fransisiko . Igitabo cya Georg Gaenswein kigaragaza ibiganiro byihariye nâabapapa bombi mu kwerekana uko uwahoze ari Papa wâUmudage yazamutse ku buyobozi […]
Cabo Delgado: Hatangiye iperereza ku basirikare bagaragaye bajugunya imirambo mu itanura

Umuyobozi Mukuru wâumuryango wâakarere ka Afurika yâAmajyepfo (SADC) akaba na Perezida wa Namibia, Hage Geingob, yatangaje ko hatangiye iperereza ku basirikare bivugwa ko bari mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, bagaragaye bajugunya imirambo mu itanura ry’umuriro. Mu minsi mike ishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye videwo yâamasegonda 20 igaragaza abasirikare barimo ugaragara neza wambaye imyambaro […]
Kigali-Rubavu: Abize muri UTB bahangayikishijwe no kudahabwa impamyabumenyi

Abanyeshuri bize bakarangiza amasomo mu ishuri rikuru rya UTB (University of Tourism, Technology and Business Studies) barasaba inzego zibishinzwe ko bakemurirwa ikibazo cyabo, bagahabwa impamyabumenyi kuko ngo kutazihabwa biragenda bibatesha amahirwe menshi. Ni abanyeshuri barangije mu mwaka w’amashuri w’2021-2022. Itangazo ryari ryasohotse Bwiza ifitiye kopi, ryavugaga ko bazasobanura ibitabo (DĂ©fense) ku wa 20 Nzeri 2022 […]
Umusoreshwa uzajya usaba gusubizwa imisoro mu buriganya ashobora kuzajya ahanishwa igifungo
Umusoreshwa wahamwe n’icyaha cyo gusubizwa imisoro mu buriganya ashobora guhanishwa igifungo kiri hagati yâimyaka ibiri nâimyaka itanu, kandi nâihazabu ingana nâ100 ku ijana yâamafaranga yasabye gusbizwa mu buryo budakwiye, nkâuko biteganywa mu mushinga w’itegeko rishya . Guverinoma yavuze mu ngingo isobanura uyu mushinga mushya w’itegeko rihindura itegeko ryo mu mwaka wa 2019 ryerekeye imisoro, ko […]
RIB yasobanuye impamvu yoherereza ubushinjacyaha na dosiye zirimo ubusa

Umunyamabanga Mukuru wâurwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB), Colonel (Rtd) Jeannot Ruhunga, yasobanuye impamvu boherereza ubushinjacyaha dosiye zose zirimo nâizirimo ubusa zakabaye zishyingurwa. Ku wa 10 Mutarama 2023 ubwo Minisiteri yâubutabera yatangizaga ku mugaragaro politiki yâuburyo bwo gukemura amakimbirane nâiyâubutabera mpanabyaha yitezweho kugabanya ubucucike mu magereza, Col. Ruhunga yasobanuye ko RIB igengwa nâamategeko atayemerera gushyingura dosiye. Col. […]
Itsinda ryunganira Perezida Biden ryavumbuye izindi nyandiko zâibanga za leta ahandi hantu

Itsinda ryâabanyamategeko bunganira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, babonye icyiciro cya kabiri cyâinyandiko zâibanga za Guverinoma ahandi hantu ha kabiri nyuma yâizavumbuwe ahahoze ibiro bye nyuma yo kuva ku mwanya wa visi perezida, ibifatwa nkâigisebo kuri White House kuri ubu . Icyiciro cya mbere cyâinyandiko nkâizi cyabonetse ahahoze ibiro bye bwite […]
Umuriro watse hagati yâumunyamakuru Sheilah Gashumba nâumubyeyi we, Frank Gashumba
Umwuka mubi watutumbye mu buryo bugaragarira rubanda hagati yâumunyamakuru wamamaye mu myidagaduro yo muri Uganda akaba nâumushyushyarugamba (MC), Sheilah Gashumba nâumubyeyi we usanzwe ari umunyapolitiki nâumushoramari, Frank Gashumba. Frank yoherereje uwitwa Diana [inshuti ya Sheilah] ijwi ryâakababaro, aho amubwira ko umukobwa we atakimwubaha kandi asigaye yiyandarika, akanakoresha amafaranga yinjiza mu buryo bwo gusesagura. Muri iri […]
Perezida Putin yakuyeho uwari ukuriye ingabo zâu Burusiya muri Ukraine nyuma yâamezi 3 ashyizweho
Perezida Vladimir Putin yakuyeho umuyobozi mukuru wâingabo zâu Burusiya muri Ukraine, nyuma yâamezi atatu gusa ashyizweho . Umuyobozi mukuru wâingabo, Valery Gerasimov, ubu azayobora icyo Perezida Putin avuga ko ari “igikorwa kidasanzwe cya gisirikare”. Gen Gerasimov asimbuye Serge Surovikin wagenzuraga ibitero simusiga byibasiye ibikorwa remezo by’ingufu bya Ukraine. Iri vugurura rije mu gihe Abarusiya bavuga […]
Goma: Umugaba Mukuru wa FARDC yasuye ingabo za EAC

Umugaba Mukuru wâingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, Lt Gen. Tshiwewe Christian yasuye ingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ku biro byazo biherereye mu mujyi wa Goma. Lt Gen. Tshiwewe yakiriwe na Komanda wâingabo za EAC ziri mu butumwa bwâamahoro muri RDC, Lt Gen. Jeff Nyagah wamugejejeho raporo yâibikorwa izi ngabo zimaze gukora kuva […]
Ambasaderi Burcu Ăevik wari uhagarariye Turkiya i Kigali yasezeye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama 2023, Ambasaderi Burcu Ăevik, wari uhagarariye igihugu cya Turkiya mu Rwanda yasezeye ku Munyamabanga Mukuru muri Minisiteri yâUbubanyi nâamahanga, Prof. Nshuti Manasseh . Ambasaderi Burcu Ăevik wavutse mu 1974 yari ahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva ku itariki ya 15 Mutarama 2019. Umwuga we muri Minisiteri yâububanyi […]
Amafoto: U Burundi bwashyikirije u Rwanda inka yari yaribwe buyicishije mu Kanyaru

Leta yâu Burundi yashyikirije iyâu Rwanda inka yari yaribwe uwitwa Nsanzimfura Tharcisse utuye mu mudugudu wa Hemba, akagari ka Nyabitare, umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara, buyicishije mu ruzi rwâAkanyaru. Ihererekanya ryâiyi nka ryakozwe nâabayobozi bari bahagarariye ibi bihugu kuri uyu wa 11 Mutarama 2023, ku ruzi rwâAkanyaru rubitandukanya, ahererera mu murenge wa Gishubi. […]
Paris: Umuntu witwaje icyuma yakomerekeje abantu batandatu muri Gare du Nord
Kuri uyu wa Gatatu, abantu batandatu bakomerekejwe umwe muri bo bikomeye, nyuma yo guterwa icyuma muri gare mpuzamahanga ya Paris izwi nka Gare du Nord kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri wâumutekano wâimbere mu gihugu, Gerald Darmanin, yatangaje ko uyu mugabo yahagaritswe nâabapolisi babiri bari bavuye ku kazi basubiye mu rugo nkâuko iyi nkuru dukesha […]
Djibuti yasinye amasezerano ya miliyari $ yo kuhubaka ahazajya hohererezwa ibyogajuru
Djibouti yasinyanye amasezerano ya miliyari imwe yâamadorali nâikigo cyâikoranabuhanga mu bijyanye nâubumenyi bwâisanzure cyo muri Hong Kong kizwi nka Hong Kong Aerospace Technology Group, yo gushinga ikigo kizajya cyohererezwamo ibyogajuru muri iki gihugu . Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, mu itangazo rye kuwa Mbere ushize yagize ati: âUyu mushinga âurimo kandi kubaka icyambu n’umuhanda […]
Ituri: Abasirikare barenga 700 bo mu mutwe kabuhariwe wa ‘Tigre’ barangije amahugurwa

Abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo barenga 700 babarizwa mu mutwe kabuhariwe wa Tigre basoje amahugurwa yâibikorwa byihariye byâigisirikare bari bamaze amezi 9 bakorera mu kigo cya Lukusa kiri muri Kisangani. Umuhango wo gusoza aya mahugurwa ku mugaragaro wabereye kigo cya Rwampara kiri muri teritwari ya Bunia kuri uyu wa 10 Mutarama 2023, witabirwa […]
Perezida Biden aravuga ko yatunguwe no kumva hari inyandiko zâibanga zavumbuwe ahahoze ibiro bye
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Joe Biden yavuze ko yatunguwe no kumenyeshwa ko hari inyandiko za leta zabonwe n’abamwunganira mu mategeko aho yahoze akorera i Washington . Yabajijwe kuri iki kibazo nyuma yâuko Umurepubulikani wo ku rego rwo hejuru muri komite ishinzwe iperereza mu nteko ishinga amategeko asabye ko iperereza rya Amerika ryakora âisuzuma ryâibyangijweâ […]
Uko byagenze ngo Cristiano Ronaldo asigarane imipira ya zahabu ine mu bubiko bwe
Rutahizamu kimenyanyabose w’Umunyaportugal, Cristiano Ronaldo ubu asigaranye mu bubiko imipira ya zahabu izwi nka ‘Ballon d’Ors’ ine (4) gusa muri itanu yatwaye. Cristiano Ronaldo, ubu uri kubarizwa muri Arabia Saudite mu ikipe ye nshya ya Al Nassr, mu mwaka w’2017 yagurishije Ballon d’Or imwe muri eshanu yatwaye. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru, Marca, ngo hari i London […]
Igabanywa ryâubucucike muri gereza ryitezweho kuzigamira leta miliyari hafi 15 buri mwaka – MINIJUST

Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko ingufu nshya zigamije guca burundu ubucucike muri gereza zo mu gihugu zitezweho kuzigamira guverinoma hejuru ya miliyari 14,6 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka . Kugeza ubu, u Rwanda rufite abantu barenga 86.000 mu bigo 13 ngororamuco mu gihugu hose, bikaba bivugwa ko guverinoma ikoresha impuzandengo ya miliyoni 1.4 by’amafaranga y’u Rwanda […]
Les soldats rwandais porteront désormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat
Les officiers et les soldats subalternes des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) porteront dĂ©sormais leurs grades militaires sur la poitrine pour les uniformes de combat, a confirmĂ© une source haut placĂ©e au New Times . Le changement s’applique Ă la fatigue de l’armĂ©e pour le travail de terrain dans la gestion de la sĂ©curitĂ© ou […]
Byatangajwe ko umukobwa wakubiswe azira âgusambanaâ nâumukunzi wâundi, afite imyaka 14
Nyina wâumukobwa wakubiswe na bagenzi be mu buryo bukomeye bamuziza âgusambanaâ nâumusore ukundana nâumwe muri bo, Pretty Nicole wamenyekanye nka Doreen, yatangaje ko uyu umwana we afite imyaka 14 yâamavuko. Videwo igaragaza uyu mukobwa wo muri Uganda akubitwa na bagenzi be yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, bumvikana bamubwira ko yarenze umurongo, agerageza gusambana nâuyu musore. Polisi […]
Ukraine: Wagner iremeza ko abacanshuro bayo bigaruriye Umuyi wa Soledar ukungahaye ku munyu
Umuyobozi w’umutwe wâabacanshuro bâAbarusiya wa Wagner Group yatangaje ko bigaruriye umujyi wa Soledar ucukurwamo umunyu mu burasirazuba bwa Ukraine, ariko hakomeje gushidikanya mu gihe imirwano ikomeje kubera mu mujyi rwagati . Umujyi wa Soledar umaze iminsi ubeamo imirwano ikaze kuko u Burusiya bwawubonyemo urufunguzo rwâurugamba ku mujyi byegeranye wa Bakhmut ndetse n’akarere ka Donbas gaherereye […]
Dani Alves ari mu mazi abira
Dani Alves usanzwe ari umukinnyi w’ikipe yâigihugu ya Brazil ndetse na FC Barcelona, ari mu mazi abira nyuma yâuko ari gushinjwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yaba yarakoreye umugore wo muri Espagne mu mpera zâukwezi k’Ukuboza 2022. Nkâuko ibiro ntaramakuru Reuters cyo mu Bwongereza cyabitangaje, urukiko rwâi Barcelona rwatangaje ko rwatangije urubanza ku cyaha Dani […]
RDC: Abashinwa 3 nâUmunyekongo bakurikiranweho kwica umucuruzi wâUmushinwa
Abashinwa batatu nâUmunyekongo barashinjwa ubwicanyi no kwambura amadorari hafi ibihumbi magana atandatu . Aba bashakishwaga kuva mu mpera z’Ukuboza gushize n’inzego z’umutekano, bafashwe n’inzego z’umutekano bashyikirizwa ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri itariki ya 10 Mutarama 2023 muri Kolwezi . Uyu muyoboro uvugwa ko ari mafiya ngo wishe umucuruzi wâUmushinwa ku itariki ya 30 Ukuboza mbere […]
Abarwanyi ba Tigray batangiye gushyikiriza ingabo za Ethiopia intwaro ziremereye
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wo mu ntara ya Tigray, nyuma yo kwemera guhagarika imirwano, batangiye gushyikiriza ingabo za Ethiopia intwaro ziremereye bari batunze. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, byatangaje ko umuhango wo gutanga izi ntwaro wabereye mu gace ka Agulae, mu bilometero bigera kuri 30 ugana mu mujyi mukuru wa Tigray, Mekelle kuri uyu wa 10 […]
Nyarugenge: Umugabo akurikiranweho kwica mugenzi we amuziza 800 Frw
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere ushize rwaburanishije ikirego cyihutirwa cyâumugabo ukurikiranweho icyaha cyâubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye mugenzi we amukubise umukoropesho muri nyiramivumbi bikamuviramo urupfu . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvug ko uwishwe witwa Ntamakemwa Jean Baptiste yatumye uregwa inkwi zo gucana arazimuzanira amwishyuza amafaranga magana inani yâu Rwanda (800F) ariko […]
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda yemeza ko nta mpunzi zizirukanwa
Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta mpunzi zâAbanyekongo zizirukanwa cyangwa ngo zikumirwe muri iki gihugu mu gihe ikibazo gituma zihunga kigihari. Ni ubutumwa bwerekeye ku binyamakuru avuga ko byumvise nabi ijambo rya Perezida Paul Kagame ku mpunzi zâAbanyekongo no ku kibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo […]
Rusizi: Abakobwa babyaye imburagihe bifuza kwitabwaho byihariye

Abakobwa babyaye imburagihe bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi, bavuga ko bashimira cyane abumva imibabaro yabo bakagerageza kubashakira icyababeshaho nâabana babyaye, kuko bamwe muri bo baba barahungabanijwe bikomeye nâibyababayeho, bagasaba akarere nâabafatanyabikorwa bako kubitaho byihariye, bagasubiza ibyifuzo byabo. Ikibazo cyâabangavu babyara imburagihe ngo nubwo akenshi gifatirwa hejuru, bamwe bakabafata nkâababyaye kubera imyitwarire […]
Abantu 5 b’ibikomerezwa mu butegetsi bw’u Burusiya

Nyuma yuko u Burusiya butangije ibitero bya gisirikare muri Ukraine nk’uko bubyita, abantu benshi mu Isi batangiye kwibaza niba Perezida Vuldmir Putin ari we ubwe ufite ububasha bukomeye ku buryo yategeka ibyo ashaka mu gihugu kugeza anagishoye mu ntambara n’igihugu cya Ukraine. Twifashishije ibyegeranyo binyuranye ndetse n’abasesenguzi muri politike mpuzamahanga, tugiye kureba abantu b’imbere (Inner […]
JoĂŁo Felix muri rutemikirere imwerekeza gusinyira ishema rya London
Umukinnyi ukomoka muri Portugal JoĂŁo Felix, agomba gusinya mu ikipe ya Chelsea bidatinze, nyuma y’aho amakipe yombi yamaze kwemeranya ku bizaba bikubiye mu masezerano. Chelsea igomba gusinyisha JoĂŁo Felix ufite imyaka 23 amasezerano y’amezi 6 nk’intizanyo kuri miliyoni 11 z’amayero. Ibi bije nyuma y’uko ibiganiro hagati ya Athletico Madrid n’iyi byarangiye kandi bikaba byagenze neza. […]
2023: Ibihugu 10 bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi ku Isi
Urubuga âGlobal FirePowerâ rwerekana uko ibihugu byâIsi birutana mu mbaraga za gisirikare, ruherutse gusohora urutonde rwerekana uko ibihugu byâIsi birutana mu kugira igisirikare gikomeye muri uyu mwaka wa 2023. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 50 zirimo ingengo yâimari ikoreshwa mu gisirikare, umubare wâababarizwamo nâibikoresho bya gisirikare igihugu gifite. Urwâuyu […]
Bugesera FC yatandukanye n’umutoza wayo
Etienne Ndayiragije, umutoza ukomoka mu gihugu cyâ u Burundi, yamaze gutandukana nâikipe ya Bugesera FC yari abereye umutoza nyuma yâuko basheshe amasezerano hagati y’impande zombi ku bwumvikane. Ibi bibaye nyuma yâuko uyu mutoza yari amaze igihe adaha ibyishimo abayobozi, abakunzi ndetse nâabafana bâikipe ya Bugesera FC kubera ko kugeza ubu igice cya mbere cya shampiyona […]
Abagore 10 bavuga rikijyana mu kinyejana cya 21

Umunsi mpuzamahanga wâabagore uba umwanya wo kwishimira ibikorwa bitangaje byâabagore byahinduye Isi nziza, ndetse mu bihe bitandukanye hategurwa ibikorwa byo kubaha agaciro no kubibashimira, akenshi binyuze mu kubaha amashimwe n’ibihembo. Ntabwo dudashobora kuvuga amazina y’abagore bose bakoze ibikorwa byiza ku Isi kandi bikomeye; kuko ni benshi, ni yo mpamvu, dushingiye kuri raporo ya Bob Books, […]
Senegal: Hafashwe icyemezo cyo kubuza ingendo za nijoro kuri bisi zitwara abagenzi
Kuri uyu wa Kabiri, Guverinoma ya Senegal yatangaje ingamba nshya zo kurwanya impanuka zo mu muhanda, harimo no kubuza ingendo za bisi za nijoro no gutumiza amapine yakoreshejwe, nyuma y’impanuka yahitanye abantu 39 ku Cyumweru . Minisitiri wâintebe Amadou BĂą yatangaje ko nyuma yâinama ya guverinoma yabereye mu mujyi mushya wa Diamniadio, hafi ya Dakar, […]
Inkumi yimye Polisi amakuru nyuma yo guhondagurwa na bagenzi bayo
Umukobwa wo muri Uganda wamenyekanye nka Doreen yimye Polisi ya Uganda amakuru mu gihe yari mu iperereza rigamije kumenya abakobwa bagenzi be bagaragaye mu mashusho bamuhondagura. Uyu mukobwa yagaragaye akubitwa nâitsinda ryâabakobwa babiri, bahagarikiwe nâabasore babiri, bamutonganyaga, bamubwira ko yarenze umurongo, agerageza gusambana nâumuhungu ukundana nâumwe muri bo. Mu mashusho ya mbere, bagaragara bamukubita inshyi […]
Le gouvernement va restreindre les voyages Ă l’Ă©tranger des fonctionnaires
Le prĂ©sident Paul Kagame a demandĂ© au Premier ministre d’imposer des restrictions aux voyages inutiles Ă l’Ă©tranger des fonctionnaires, une dĂ©cision qui, selon lui, rĂ©duirait non seulement le gaspillage des fonds publics, mais garantirait Ă©galement que les fonctionnaires accordent plus d’attention aux affaires intĂ©rieures . Kagame a annoncĂ© la directive le lundi 9 janvier alors […]
Somalia: Abarwanyi ba Al Shabaab basaga 60 biciwe mu gikorwa cya gisirikare
Minisiteri yâitangazamakuru yatangaje ko byibuze abaterabwoba 61 ba Al-Shabaab bishwe abandi benshi barakomereka muri Somaliya nyuma yâigikorwa cyâikigo cyâigihugu gishinzwe iperereza nâumutekano (NISA) . Iki gikorwa cyo kurwanya umutwe wâiterabwoba ufatanya na al-Qaeda cyashyigikiwe nâabafatanyabikorwa mpuzamahanga ba Somaliya mu ntara ya Shabelle yo Hagati. Minisiteri mu itangazo ryayo yavuze ko iki gikorwa cyibasiye imitwe yitwara […]
Perezida wa Tanzania ahangayikishijwe n’uko urubyiruko rushaka gukira byihuse
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ahangayikishijwe nâuko urubyiruko ruba rushaka gukira byihuse, arwibutsa ko bigira ingaruka mbi. Uyu Mukuru wâIgihugu ubwo yagezaga ubutumwa ku bagize ihuriro ryâurubyiruko rushamikiye ku ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) riri ku butegetsi, muri Zanzibar kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, yavuze ko gukira byihuse ari bibi. Samia yagize ati: […]
Ahahoze hari ibiro bya Perezida Biden hasanzwe inyandiko zâibanga zitavugwaho rumwe
Minisiteri yâubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika irimo gusuzuma inyandiko zâibanga zishobora kuba zarabonetse mu byahoze ari ibiro bya Perezida Joe Biden nk’uko White House ibivuga . Umwunganizi we mu mategeko nâitsinda rishinzwe kumuburanira bavuze ko 10 mu madosiye yavumbuwe mu kabati gafunze mu kigo cya Penn Biden Center i Washington mu Gushyingo n’itsinda […]
Ifoto Irangabiye yifotoje na Perezida Kagame mu byatumye atabwa muri yombi

Ifoto Floriane Irangabiye yifotoje ari kumwe na Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, byamenyekanye ko iri mu byatumye uyu Murundikazi wakoraga umwuga wâitangazamakuru atabwa muri yombi nâabakozi bâurwego rwâiwabo rushinzwe iperereza, SNR. Irangabiye yatawe muri yombi tariki ya 30 Kanama 2022 ubwo yari ageze ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye, i Bujumbura, avuye i Kigali […]
Kajugujugu ya FARDC yahanuwe muri Kamena ngo yaba yararashwe na RDF
Kajugujugu ya FARDC yo mu bwoko bwa Mi-24 yarashwe nâinyeshyamba za M23 maze igwa ahitwa Kabindi muri Teritwari ya Rutshuru ku itariki ya 17 Kamena 2022 . Iyi ndege yari yagize uruhare mu gitero cya bombe ku birindiro bya M23 muri Tchengerero, agace kagenzurwaga na M23. Muri iyi kajugujugu hari harimo Umunyekongo nâAbanya-Georgia babiri bahise […]
Cabo Delgado: Umusirikare wari mu butumwa bwâamahoro yiyahuye
Umusirikare wari mu bagize umutwe wâingabo zâumuryango wâakarere ka Afurika yâAmajyepfo ukorera mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique (SAMIM), ukomoka muri Botswana, yiyahuye. Umuvugizi wâigisirikare cya Botswana, Colonel Magosi Moshagane, yatangaje ko uyu musirikare yiyahuriye mu gace Pemba ahagana saa tanu nâiminota 20 zâigitondo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023. Col. Moshagane yasobanuye ko […]
Perezida Kagame yasabye ko ingendo zo mu mahanga ku bakozi ba leta zagabanuka
Perezida Paul Kagame yasabye Minisitiri wâintebe kugabanya ingendo zo mu mahanga zidakenewe ku bakozi ba Leta, aho avuga ko iki gikorwa kitazagabanya gusa gukoresha nabi umutungo wa Leta ahubwo ko bizanatuma abayobozi bitondera cyane ibibazo byo mu gihugu . Perezida Kagame yasohoye aya mabwiriza kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Mutarama, ubwo yakiraga indahiro […]
Yaboneje mu nkangara amanota 50 inshuro 118: Dore uduhigo 5 tutaracibwa mu mateka ya NBA
Ubundi bavuga ko uduhigo tuberaho guhigurwa. Gusa iyi yumvikana nk’imvugo ibiba ikizere, kandi koko ni byiza, gusa muri shampiyona y’umukino wa Basktball muri Amerika y’Amajyaruguru (NBA) ho hari uduhigo twashyinguwe ku gasongero k’ubuhangange bizagorana gukuraho. Abahungu batereye mu nkangara karahava, abandi bakina imikino n’iminota y’umurengera. 1.Amanota menshi y’umukinnyi umwe mu mukino umwe yageze ku 100 […]
Kivu yâAmajyaruguru: Sosiyete sivile irashinja ingabo za EAC korohereza M23
Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) irashinja ingabo za Kenya ziri mu mutwe wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) korohereza umutwe witwaje intwaro wa M23. Visi Perezida wâiyi sosiyete sivile, Edgard Mateso, mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, yatangaje ko kuba kwâingabo za […]
Football: Abapadiri bo mu Rwanda banyagiriye abo mu Burundi imbere y’abafana benshi

Abapadiri bakorera muri diyosezi gatolika ya Ruhengeri mu Rwanda batsinze abo muri diyosezi ya Muyinga mu Burundi ibitego bitanu ku busa (5-0) mu mukino wâumupira wâamaguru wabaye kuri uyu wa 9 Mutarama 2023. Uyu mukino wabereye kuri Stade Umuco iherereye mu ntara ya Muyinga saa cyenda zâigicamunsi, ukaba wabaye mu rwego rwo kwishimira umubano mwiza […]
Ikipe ya Portugal yatangaje ku mugaragaro umutoza usimbura Fernando Santos
Ikipe y’umupira w’amaguru ya Portugal yatangaje Roberto MartĂnez nk’umutoza mushya uzayitoza nyuma y’igenda rya Fernando Santos wayitozaga kugeza ubwo yasezererwaga mu irushanwa ry’Igikombe cy’Isi. Roberto MartĂnez wahoze atoza amakipe atandukanye nka Wigan, Everton, ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Bubiligi, ni we waramukijwe inshingano zo gutoza Portugal. Yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ine. Nyuma y’aho ishyirahamwe ry’umupira […]
Perezida Kagame ahamya ko abacancuro bari muri RDC bazayongerera ibibazo
Perezida Paul Kagame yatangaje ko abasirikare bigenga bazwi nkâabacancuro bari mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bazayongerera ibibazo, aho kuyifasha kubikemura. Umukuru wâu Rwanda yabitangaje nyuma yo kwakira indahiro ya Perezida mushya wa Sena, Dr Kalinda François Xavier, kuri uyu wa 9 Mutarama 2023. Nyuma yo guha impanuro Dr Kalinda, abasenateri nâabandi […]
Icyiswe ‘The Ronaldo Effect’ cyafashe intera ndende
DStv yahakanye inkuru z’abakoresha imbuga nkoranyambaga z’uko yashyizeho ishene nshya ya 240 yo kwerekana shampiona ya Saudi Arabia gusa kubera Cristiano Ronaldo mu cyiswe “The Ronaldo Effect” Nyuma y’aho ikipe ya Al Nassr itangarije Cristiano Ronaldo nk’umukinnyi wayo mushya tariki ya 1 Mutarama 2023, byatumye uyu mukinnyi aca uduhigo twinshi turimo kuba umukinnyi uhembwa amafaranga […]
Inyeshyamba za M23 zongeye gukozanyaho nâinyeshyamba za FDLR muri Rutshuru
Umutuzo wagarutse muri Rutshuru-Centre no mu mujyi wa Kiwanja nyuma yâurusaku rwâamasasu yâimbund to nâiziremereye byumvikanye kuri uyu w Mbere, itariki ya 9 Mutarama mu murenge wa Kazaroho ku muhanda wâigihugu numero 2, muri Gurupoma ya Tongo, ho muri Sheferi ya Bwito . Amakuru aturuka muri Rutshuru avuga ko ari imirwano yabaga hagati yâinyeshyamba za […]