Denmark yahagaritse ibiganiro yagiranaga nâu Rwanda ku kibazo cyâabahasaba ubuhungiro
Igihugu cya Denmark cyabaye gihagaritse ibiganiro cyagiranaga nâu Rwanda kuri gahunda yo gutanga ubuhungiro itavugwaho rumwe mu gihe gisaba inkunga yâu Burayi mu gushinga ikigo cyakira abimukira hanze yâibihugu bigize Ubumwe bwâibihugu byâu Burayi aho bashobora kohereza abasaba ubuhungiro . Denmark yavuze ko ishaka ko abantu bashaka ubuhungiro muri iki gihugu bimurirwa mu bigo byakira […]
Abiy Ahmed yasuye bwa mbere Sudani nyuma yâigihe ibihugu byombi birebana ayâingwe
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yageze mu murwa mukuru wa Sudani, Khartoum, aho yahuye na Gen. Abdel Fattah al-Burhan uri ku butegetsi nkâuko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara . Perezidansi ya Sudani mu itangazo yagejeje kuri Anadolu Agency, yagize ati: “Uyu munsi abayobozi bombi bakoze inama, baganira ku bibazo byâibihugu […]
Polisi yâu Rwanda yasinye amasezerano yâubufatanye na Kaminuza ya Kent State

Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu byâuburezi n’ubushakashatsi . Ni amasezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Mutarama, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hagati yâUmuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda, IGP Dan Munyuza na Marcello Fantoni, […]
Sudani yâEpfo: Perezida Salva Kiir yaburiye ababa bateganya kumuhirika ku butegetsi
Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yihanangirije abateganya guhirika ubutegetsi muri iki gihugu, avuga ko batazabirokoka . Ibi yabivugiye mu muhango wo kurahiza umunyamabanga mukuru wâishyaka riri ku butegetsi rya Sudan Peopleâs Liberation Movement (SPLM), Peter Lam Bombi. Perezida Kiir, akaba ari na Perezida wa SPLM, yavuze ko amakimbirane ya […]
Yatawe muri yombi agerageza guha umupolisi ruswa y’ibihumbi 20Frw
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama, Polisi y’u Rwanda yafashe umushoferi witwa Majyambere Jean D’Amour ubwo yageragezaga guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20 kugira ngo ahabwe icyemezo cy’ubuziranenge bw’imodoka . Yafatiwe i Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahamaze iminsi hakorera imashini isuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga ikora yimuka mu rwego rwo korohereza abakeneye […]
Kagame et le patron du FMI ont eu des discussions sur le partenariat

Le prĂ©sident Paul Kagame et Kristalina Georgieva, directrice gĂ©nĂ©rale du Fonds monĂ©taire international (FMI), ont eu des discussions sur le partenariat en cours le 25 janvier au Village Urugwiro . Georgieva est au Rwanda pour une visite de travail de trois jours se terminant le 26 janvier, qui vise Ă approfondir les systĂšmes de financement […]
Uwari Perezida wa Maurtania yatangiye kuburanishwa ku byaha byo kwigwizaho umutungo
Urubanza rwâuwahoze ari Perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Abdel Aziz, rwatangiye kuri uyu wa Gatatu i Nouakchott, rutanga ishusho idasanzwe yâuwahoze ari umukuru wâigihugu watawe muri yombi akurikiranweho kwikungahaza mu buryo butemewe . Uyu waburanishijwe kubera gukoresha nabi ububasha bwe kugira ngo akusanye umutungo munini, yayoboye kuva mu 2008 kugeza muri 2019 iki gihugu kinini […]
U Burusiya bwongeye kubyuka busuka ibisasu kuri Ukraine
U Burusiya bwagabye igitero gishya cyo mu kirere kuri Ukraine mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, aho abayobozi ba Ukraine babwiye abasivili kwihisha mu gihe ingabo zirwanira mu kirere zarashe misile zinjiraga . Misile ebyiri zagaragaye hejuru yâakarere ka Mykolaiv, nk’uko byatangajwe na guverineri waho, Vitaly Kim, kuri porogaramu yo kohererezanya ubutumwa ya Telegram. […]
Beni: Ikindi gisasu cyaturikiye mu isoko gikomeretsa byibuze abantu 8
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 25 Mutarama 2023, ku isoko rito rya Macampagne, riherereye mu gace ka Kalinda, i Beni (Kivu yâAmajyaruguru) haturikiye ikindi gisasu . Amakuru aturuka aho byabereye avuga ko byibuze abantu 18 bakomerekejwe nâiturika ryâicyo gisasu. Bamwe mu batangabuhamya babajijwe aho, bagaragaza ko igisasu cyari cyashyizwe muri kiosk […]
Umugore wa Joseph Kabila aravuga ko umugabo we atarakora ku mushahara we wa miliyoni zisaga 600 Frw

Marie Olive Lembe Kabila, umugore wâuwahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yakiriye umuhango wo gufungura ivuriro rya Centre Hospitalier Initiative Plus (CHIP) yubatse n’amafaranga ye . Mu ijambo rye, umugore wa Joseph Kabila yavuze ingingo nyinshi zijyanye nâmakuru avugwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyane cyane amateka yâubutegetsi bwâumukuru […]
Le Premier ministre à Dakar avant le sommet continental sur la souveraineté alimentaire
Le Premier ministre Edouard Ngirente est arrivĂ© Ă Dakar, au SĂ©nĂ©gal, oĂč il se joint aux dirigeants mondiaux pour des discussions centrĂ©es sur la libĂ©ration du potentiel de production alimentaire de l’Afrique . Le prĂ©sident sĂ©nĂ©galais Macky Sall, prĂ©sident de l’UA, accueillera le sommet de trois jours sur l’alimentation, avec la Banque africaine de dĂ©veloppement […]
Abasenateri batangiye gusuzuma umushinga wâitegeko rishobora guha polisi ubundi bubasha
Abasenateri bagize Komisiyo yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmutekano batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda . Asobanurira Abasenateri uyu mushinga, Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana, yavuze ko muri rusange hagamijwe guha polisi bumwe mu bubasha itari isanzwe ifite bikagira ingaruka mu kuzuza inshingano zayo neza no kwimakaza ubunyamwuga muri Polisi. Minisitiri Alfred Gasana yavuze ko imwe […]
Abo bose badutera nta na rimwe bari badukura mu birindiro â M23 ku makuru yâuko yambuwe Kishishe
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo za FARDC kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 24 Mutarama, zakuye umutwe wa M23 mu birindiro byawo, biri Kishishe na Bambo muri Teritwari ya Rutshuru, amakuru uyu mutwe wateye utwatsi ushimangira ko nta na rimwe kuva imirwano yatangira FARDC yari yabakura mu birindiro byabo […]
Ibifaru byose byâAbanyamerika byoherejwe muri Ukraine bizasenywa n’Ingabo z’u Burusiya â Amb. Antonov
Ibifaru byose by’intambara byâAbanyamerika byoherejwe muri Ukraine bizasenywa n’ingabo z’u Burusiya, nk’uko Ambasaderi wa Moscou muri Amerika yabitangaje, nyuma y’aho ibitangazamakuru bitangaje ko White House iteganya guha Kiev ibi bimooka byâintambara byâimitamenwa byâakataraboneka byo mu bwoko bwa Abrams nubwo mbere yari yabyanze . Abajijwe ibijyanye no kohereza ibifaru bya M1 Abrams muri Ukraine, Ambasaderi wâu […]
Somalia: Byibuze abantu 5 bahitanwe na bombe zari zigamije kwibasira ingoro yâumukuru wâigihugu
Byibuze abantu batanu barimo abanyeshuri babiri bo mu mashuri yisumbuye ndetse nâumugore bakomeretse ubwo bombe zari zoherejwe ku ngoro ya perezida wa Somalia zatigisaga umurwa mukuru, Mogadishu kuri uyu wa Kabiri ushize. Osman Mohamed, ushinzwe umutekano muri Mogadishu, yabwiye Anadolu Agency kuri telefoni ko ibisasu byinshi bya mortier bakeka ko byari bigamije kwibasira ingoro ya […]
U Rwanda ruri gushishikariza Tanzania kwinjira muri gahunda yo gukoresha viza imwe yâubukerarugendo

Kuri uyu wa 24 Mutarama, Ambasaderi wâu Rwanda muri Tanzania, Maj. Gen. Charles Karamba, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wâumutungo kamere nâubukerarugendo muri Tanzania, Pindi Hazara Chana, ku kamaro ka gahunda ya Viza imwe yâubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba . Visa imwe yâubukerarugendo ya Afurika y’Iburasirazuba ni gahunda aho umukerarugendo azajya afatira viza muri kimwe mu bihugu […]
Amaherezo u Budage na USA byemeye guha Ukraine ibifaru kabuhariwe imaze iminsi irambagiza
Minisitiri wâIntebe wâu Budage, Olaf Scholz, yemeye guha Ukraine ibifaru byâintambara bya Leopard 2, nkâuko ibitangazamakuru byabitangaje, nyuma yâibyumweru byinshi byâigitutu kuri Berlin ngo ihe Kyiv intwaro zikomeye ivuga ikeneye ngo ibashe gusubiza inyuma ingabo zâu Burusiya zabateye . Amakuru avuga ko Berlin izaha Kyiv ibyo bifaru aje mu gihe abayobozi muri Amerika batangarije itangazamakuru […]
Ukraine: Abayobozi batandukanye barimo ba minisitiri beguye ku mirimo yabo
Benshi mu bayobozi bakuru ba Ukraine beguye ku mirimo yabo nyuma y’uko Perezida Volodymyr Zelensky atangiye gucisha umweyo muri guverinoma ye . Kuri uyu wa Kabiri, umujyanama wo hejuru, abaminisitiri bane bungirije na ba guverineri batanu bavuye ku mirimo yabo. Kugenda kwabo bije mu gihe Ukraine yatangije gahunda nini yo kurwanya ruswa nk’uko iyi nkuru […]
Un juge amĂ©ricain rejette les allĂ©gations d’enlĂšvement et de torture dĂ©posĂ©es par Paul Rusesabagina
Un juge fĂ©dĂ©ral Ă Washington, D.C., a rejetĂ© les plaintes contre le gouvernement rwandais et ses dirigeants dĂ©posĂ©es par Paul Rusesabagina . AttirĂ© au Rwanda en 2020, oĂč il a Ă©tĂ© reconnu coupable d’accusations de terrorisme et dĂ©tenu depuis, Rusesabagina et sa famille ont dĂ©posĂ© sa plainte initiale en fĂ©vrier 2022. Il a fait valoir […]
Uganda: Uwiragiye wafashije umuzungukazi wafashwe ku ngufu na pasiteri aravuga ko ubuzima bwe buri mu kaga
Umugore uvuga ko yafashije umuzungukazi ukomoka muri Latvia kuvuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakorewe nâUmupasiteri wo muri Uganda, aravuga ko ubuzima bwe buri mu kaga . Uyu mugore witwa Sumaya Uwiragiye avuga ko byabaye ngombwa ko afunga iduka ricuruza likeri na resitora afite ahitwa Lukuli Nanganda muri Makindye nyuma yâuko uyu muzungukazi, Saulite Anda, atangarije […]
Washington: Umucamanza yateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Rusesabagina arega Guverinoma yâu Rwanda
Umucamanza wo muri Washington D.C, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateye utwatsi ikirego kirega Guverinoma y’u Rwanda n’ubuyobozi bwayo cyatanzwe na Paul Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda nyuma yo guhamwa nâibyaha bifitanye isano nâiterabwoba . Rusesabagina wisanze mu Rwanda mu 2020, aho yahamijwe ibyaha by’iterabwoba kandi akaba yarafunzwe kuva icyo gihe, we n’umuryango we batanze […]
RDC: Isasu riri kuvuza ubuhuha mu mirwano ihuje M23 na FARDC nâabacanshuro muri Kitshanga

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Mutarama 2023, muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano ikomeje hagati ya M23 na FARDC nâimitwe bifatanyije, aho iyo mirwano ivugwa ahitwa Burungu na Kihonga, aho amakuru avuga ko inyeshyamba za M23 zishaka gufunga umuhanda Kitshanga-Goma . Iyi mirwano iravugwa hagati ya Masisi na Rutshuru, mu […]
L’ancien SecrĂ©taire d’Ătat Bamporiki condamnĂ© Ă cinq ans de prison
L’ancien secrĂ©taire d’Ătat Ă la culture, Edouard Bamporiki a Ă©tĂ© condamnĂ© lundi Ă cinq ans de prison et condamnĂ© Ă une amende de 30 millions de Frw par la Haute Cour de Kigali . La dĂ©cision faisait suite Ă des appels dĂ©posĂ©s par l’accusation et l’accusĂ© contestant un verdict rendu par le tribunal intermĂ©diaire de […]
Uwari umukozi wa FBI arashinjwa gufasha umuherwe wâUmurusiya gukwepa ibihano yafatiwe na Amerika
Minisiteri yâUbutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama, yatangaje ko uwahoze ari umuyobozi mukuru ushinzwe iperereza muri FBI yatawe muri yombi akurikiranyweho gufasha umuherwe wâUmurusiya gukwepa ibihano yafatiwe na Amerika . Ku wa Gatandatu, Charles McGonigal w’imyaka 54 yajyanywe gufungwa ari kumwe na Sergey Shestakov w’imyaka 69, wahoze […]
Ntabwo twemera ko William Ruto ari Perezida wa Kenya â Raila Odinga
Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama 2023, umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, yabwiye ibihumbi byâabamushyigikiye ku kibuga cya Kamukunji i Nairobi ko atemera ko William Ruto ari perezida wâigihugu . Odinga yavuze ko amatora ya perezida muri Kanama umwaka ushize yabayemo uburiganya. Yashimangiye ko hari ba mafia bibiye Perezida Ruto amajwi […]
Beni: Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abasivili basaga 20
Nibura abasivili 23 bishwe nâinyeshyamba za ADF muri Sheferi ya Bashu, muri Teritwari ya Beni (Kivu y’Amajyaruguru), mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama 2023 . Nkâuko byatangajwe n’umudepite wo muri iyi ntara, Saidi Balikwisha, abateye bagose umudugudu wa Makungwe mu rukerera rwo ku Cyumweru, aho bivugwa ko biciye […]
Kiwanja: M23 yongeye gukozanyaho na FDLR nyuma yo kugwa mu mutego wayo
Nyuma yâimirwano hagati yâinyeshyamba za M23 nâizo mu mutwe urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda wa FDLR, kuri iki Cyumweru gishize, itariki ya 22 Mutarama, ituze ryagarutse mu gace ka Kiwanja, muri Teritwari ya Rutshuru, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru . Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, iyi mirwano yabaye igihe ikamyo yâibiribwa yari itwawe na M23 […]
U Burusiya bwahambirije Ambasaderi wa Estonia i Moscow
U Burusiya bwagabanije urwego rwâububanyi nâamahanga na Estonia maze bubwira Ambasaderi wayo, Margus Laidre, kuva i Moscou bitarenze ku itariki ya 7 Gashyantare. Iki cyemezo kibaye nyuma yâuko Estonia isabye ko Moscou yagabanya abakozi ba ambasade yabo i Tallinn . Kuri uyu wa Mbere, Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya yatangaje ko âubuyobozi bwa Estonia bwangije […]
Brazil na Argentine birateganya kuzajya bikoresha ifaranga rimwe
Ibihugu bya Brazil na Argentine bifite intego yo kwishyira hamwe mu bukungu, ku buryo binatekereza gushyiraho ifaranga rimwe nkâuko Perezida wa Brazil, Luiz Inacio Lula da Silva n’uwa Argentine, Alberto Fernandez, babitangaje mu kiganiro bahuriyemo . Inyandiko yasohotse ku rubuga rwa interineti rwa Perfil rwo muri Argentine igira iti: “Turashaka kurenga inzitizi zibangamiye ubucuruzi hagati […]
L’Allemagne prĂȘte Ă restituer plus de 900 crĂąnes au Rwanda
Les autoritĂ©s allemandes se disent prĂȘtes Ă restituer des centaines de crĂąnes humains prĂ©levĂ©s dans leurs anciennes colonies allemandes de la rĂ©gion de l’Afrique de l’Est aprĂšs avoir recherchĂ© leur origine pendant plusieurs annĂ©es . L’Afrique orientale allemande Ă©tait une colonie allemande pendant une partie des annĂ©es 1800. Il couvrait des zones qui comprenaient l’actuel […]
Gikondo: Yafashwe atwaye rukururana afite uruhushya rwa categorie ya B
Polisi yâu Rwanda irihanangiriza abashoferi batwara ibinyabiziga badafite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bigendanye nâurwego rwâimodoka batwaye . Ni nyuma yâuko kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 21 Mutarama, Polisi yafatiye mu Murenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro uwitwa Harerimana Jean Baptiste wari utwaye ikamyo ya rukururana adafite uruhushya rumwemerera kuyitwara ubwo yari agiye […]
California: Umugabo wâimyaka 72 wishe arashe abizihizaga umwaka mushya yiyahuye ubwo polisi yamusatiraga
Umugabo wâimyaka 72 wishe arashe abantu 10 agakomeretsa abandi 10 ahitwa Monterey Park muri California ubwo bari mu mu kabyiniro mu birori byo kwizihiza umwaka mushya ushingiye ku mboneko zâukwezi (Lunar Year) wizihizwa cyane nâAbanyaziya, mu ijoro ryo kuwa Gatandatu, kuri iki Cyumweru gishize yafashe icyemezo cyo kwiyahura ubwo abapolisi bendaga kumufata nyuma yâamasaha 12 […]
Cameroun: Umunyamakuru wari umaze iminsi ashimuswe yasanzwe yishwe
Kuri iki Cyumweru, itriki 22 Mutarama, umurambo watemaguwe wâumunyamakuru ukomeye wo muri Cameroun wabonetse hafi yâumurwa mukuru, Yaounde, nyuma yâiminsi itanu ashimuswe nâabagizi ba nabi batamenyekanye, nk’uko ihuriro ryâabanyamakuru na mugenzi we babitangaje nk’uko Ibiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, bibitangaza . Abavuganira itangazamakuru bavuze ko ibura rya Martinez Zogo n’urupfu rwe ari ikindi kimenyetso cyerekana akaga […]
California: Abantu 10 bishwe barasiwe mu birori byo kwizihiza umwaka mushya ushingiye ku mboneko zâukwezi
Polisi yavuze ko abantu icumi bapfuye nyuma yo kurasirwa mu birori byo kwizihiza umwaka mushya mu mujyi wo muri California witwa Monterey Park . Polisi ivuga ko abandi bantu 10 bakomeretse kandi ukekwaho icyaha atarafatwa. Iraswa ryabaye ahagana saa 22:20 ku isaha yo muri uyu mujyi (06:20 GMT ku Cyumweru) nkâuko iyi nkuru dukesha BBC […]
Somalia: Hafi yâibiro bya Meya humvikanye iturika rihambaye ryakurikiwe nâamasasu
Kuri iki Cyumweru, iturika rihambaye ryumvikanye hafi yâibiro bya Meya mu murwa mukuru wa Somaliya Mogadishu, nkâuko umutangabuhamya wongeyeho ko icyo gisasu cyakurikiwe nâamasasu yabitangaje . Farah Abdullahi, umukozi mu biro by’umuyobozi w’akarere yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters ati: “Ubwo twari mu biro twamenwe amatwi nâiturika, turahunga, amasasu arakurikira.” Ntabwo byahise bisobanuka uwari inyuma y’icyo […]
U Buhinde bwitambitse filimi mbarankuru ya BBC yibasira Minisitiri wâIntebe Modi
U Buhinde bwahagaritse filime documentaire ya BBC yibajije ku ruhare rw’ubuyobozi bwa Minisitiri wâintebe Narendra Modi mu gihe cyâimyivumbagatanyo yo muri Gujarat mu 2002, buvuga ko no gusangiza amashusho ayo ari yo yose binyujijwe ku mbuga nkoranyambaga byabujijwe . Kuri uyu wa Gatandatu, Kanchan Gupta, umujyanama wa guverinoma, ku rubuga rwe rwa Twitter, yatangaje ko […]
Uvira: Twirwaneho iravugwaho kwivugana ofisiye wa FARDC mu mirwano yabahuje
Nyuma yâimirwano yahitanye abarimo ofisiye yabaye hagati yâabasirikare bo muri regiment ya 3301 yâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâabarwanyi ba Twirwaneho, kuva ku cyumweru gishize ku ya 15 Mutarama, ituze ryagarutse kuva ku itariki ya 20 Mutarama, mu turere twâimirwano i Mugeti, mu misozi ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo . Iyi […]
RRA yijeje abanyenganda kuborohereza umutwaro wâimisoro iremereye
Ikigo gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro mu Rwanda (RRA) cyiyemeje koroshya imisoro iri hejuru muri iki gihe, intambwe izagirira akamaro ubucuruzi ndetse n’igihugu muri rusange . Ibi byatangajwe ku wa Gatanu ushize, itariki 20 Mutarama, mu nama ngishwanama nâabanyenganda i Kigali. Impungenge zâimisoro ikabije zagaragaye vuba aha, zatumye uru rwego rushinzwe imisoro nâamahoro rusabwa kugira icyo […]
Burkina Faso: Ingabo zidasanzwe zâu Bufaransa ziri muri iki gihugu zahawe ukwezi kumwe ko kuhava
Guverinoma ya gisirikare ya Burkina Faso yategetse ingabo zâAbafaransa ziri muri iki gihugu cya Afurika yâiburengerazuba kuhava bitarenze ukwezi kumwe . Iki cyemezo cyatangajwe na Agence d’Information du Burkina (AIB) kuri uyu wa Gatandatu, nicyo kimenyetso giheruka cyerekana ko umubano wifashe nabi hagati yâu Bufaransa nâigihugu bwahoze bukolonije kuva haba ihirika ryâubutegetsi rya kabiri rya […]
Umupasiteri wo muri Ghana yakatiwe imyaka 519 yâigifungo
Umupasiteri wo muri Ghana yakatiwe igifungo cyâimyaka 519 azira gutekera umutwe abantu barenga 100 bashoye ibihumbi magana byâamadolari muri sosiyete ye . Nkâuko GhanaWeb ibitangaza, Urukiko Rwisumbuye rwa Accra rwakatiye Pasiteri Edward Buabeng igihano nyuma yo guhamwa n’ibyaha 173 byo gucura umugambi wo gukora icyaha n’uburiganya. Pasiteri, bivugwa ko ari umuyobozi mukuru wa Career Link […]
L’Ă©conomie du Rwanda devrait croĂźtre de 7,8 % en 2023 – BAD
L’Ă©conomie rwandaise devrait croĂźtre de 7,8 % en 2023 et de 8,1 % en 2024, selon la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) . Le ministĂšre des Finances a laissĂ© entendre que l’Ă©conomie a augmentĂ© de 6,8 % en 2022. Dans un rapport sur les performances et les perspectives macroĂ©conomiques de l’Afrique publiĂ© le 19 janvier, […]
RDC: Inzego zâumutekano zaburijemo igitero cyâubwiyahuzi cyari kwibasira umuyobozi wa Beni
Igitero cyari kigamije kwibasira umuyobozi wa Teritwari ya Beni cyaburijwemo nâinzego zishinzwe umutekano za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa Mbere ushize, itariki 16 Mutarama mu Mujyi wa Kasindi-Luburiha, Umurenge wa Ruwenzori, mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, nkâuko amakuru ava mu gisirikare agera ku Biro Ntaramakuru bya Congo (ACP) avuga . “Ndashimira inzego z’umutekano […]
Al Shabaab yongeye kwivugana abasirikare ba Somalia mu gitero ku kigo cyabo
Kuri uyu wa Gatanu, abarwanyi ba al Shabaab bishe abasirikare batanu mu kigo cya gisirikare cya Somalia mu mujyi uherutse kongera gufatwa na guverinoma, nkâuko abasirikare nâabaturage babyemeza . Igitero cyaje guhagarikwa, nk’uko umusirikare uri mu birindiro biri mu mujyi wa Galcad rwagati muri Somalia yabitangarije Reuters. Yavuze ko abapfuye barimo umuyobozi wungirije w’ikigo, wari […]
Umuraperi Flo Rida yatsindiye miliyoni zisaga 80 zâAmadolari mu rubanza yarezemo sosiyete yamamazaga
Umuraperi Flo Rida yahawe miliyoni 82,6 z’amadolari nyuma yo gutsinda mu rubanza yarezemo sosiyete ikora ibinyobwa bitanga ingufu yitwa Celsius . Flo Rida, amazina ye nyakuri ni Tramar Dillard, hamwe na sosiyete ye yitwa Strong Arm Productions, bareze Celsius Holdings Inc. muri Gicurasi 2021, bavuga ko iyi sosiyete yarenze ku masezerano bagiranye hagati ya 2014 […]
Icyifuzo cyose cyo kurimbura u Burusiya gisobanuye imperuka y’Isi â Umukuru wâAba-Orthodoxe
âBamwe mu âbasaziâ bemeza ko u Burusiya bushobora gutsindwa, ariko ibi bishobora gutuma Isi irangira,â ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki 19 Mutarama 2023, nâumukuru wâidini ryâAba-Orthodoxe mu Burusiya, Vladimir Mikhailovich Gundyayev uzwi nka Kirill wemeza ko kugerageza gusenya u Burusiya bizateza akaga Isi yose. Nyuma yâigikorwa cya misa cyo kwizihizaga umunsi mukuru wâAbakirisitu […]
U Rwanda na Tanzania biri kureba uko byakomeza gushimangira no kunoza ubufatanye mu bya gisirikare

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Maj Gen Charles Karamba, aravuga ko ibihugu byombi biri kureba uko byakomeza gushimangira no kunoza ubufatanye mu bijyanye nâubwirinzi . Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Ambasaderi Karamba yabonanye na Minisitiri wâingabo wâigihugu cya Tanzania, Innocent Bashungwa i Dar es Salaam, maze baganira ku mubano wâibihugu byombi nâisano yâamateka hagati yâibihugu byombi, […]
Igisirikare cya Kenya kishe abarwanyi 10 ba Al Shabaab mu burasirazuba bwâigihugu
Kuri uyu wa Kane, umuyobozi wa leta yavuze ko abashinzwe umutekano muri Kenya bishe abarwanyi 10 bo mu mutwe wa kisilamu wo muri Somalia wa al Shabaab mu burasirazuba bwa Kenya . Komiseri wungirije wâakarere Bura yâIburasirazuba, Thomas Bett, yavuze ko bavumbuye kandi ibisasu bya grenade biterwa nâimbunda zirasa roketi ndetse nâibikoresho biturika nyuma yo […]
Ibihugu bifite ikibazo cyâabaturage bagenda barushaho kugabanuka
Imibare yatangajwe ku wa Kabiri ushize ivuga ko ku nshuro ya mbere mu myaka 60 ishize abaturage bâu Bushinwa bagabanutse cyane, ariko ntabwo ari ho honyine . Ibihugu byinshi, cyane cyane mu Burayi no muri Aziya, bizabona umubare wâabaturage wabyo ugabanuka mu myaka icumi iri imbere, niba ibiteganijwe mu 2100 byatangajwe na Loni muri Nyakanga […]
Perezida Zelensky yabwiye abari mu nama ya World Economic Forum ko bazisubiza Crimea
Ukraine izongera yisubize Crimea, nkâuko Perezida Volodymyr Zelensky yabirahiriye, ashimangira ko kiriya gice cyigaruriwe nâu Burusiya mu 2014 ari ubutaka bwa Ukraine nkâuko iy nkuru dukesha Daily Mail ivuga . Ibi Perezida Zelensky yabitangarije abitabiriye inama ya World Economic Forum i Davos mu Busuwisi , aho yanaboneyeho kunenga u Budage ku bijyanye no gutanga ibifaru […]
Armenia: Inkongi yâumuriro yibasiye ikigo cya gisirikare yahitanye abasirikare 15
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri yâingabo ya Armenia yatangaje ko inkongi yâumuriro mu kigo cya gisirikare mu mujyi wa Azat yahitanye abasirikare 15 abandi batatu barakomereka bikabije . Mu itangazo rigufi, Minisiteri yâIngabo yemeye aya makuba: “Dukurikije amakuru yâibanze, abasirikare 15 bapfuye bazize inkongi y’umuriro yadutse mu kigo cya kompanyi yâaba injeniyeri na ba mudahusha […]
RDC: Havumbuwe imva rusange ishyinguyemo abasivili basaga 40
Kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi wâUmuryango wâAbibumbye yavuze ko Ingabo zâUmuryango wâAbibumbye zavumbuye imva rusange mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo irimo imirambo yâabasivili 42 . Nkâuko byatangajwe na Farhan Haq, Umuvugizi Wungirije wâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, ngo abahohotewe barimo abagore 12 nâabana batandatu, bavumbuwe mu mudugudu wa Nyamamba mu ntara […]
California: Umukinnyi wa filimi uzwi cyane, Julian Sands, yaburiwe irengero
Umukinnyi wa filimi wâUmwongereza, Julian Sands, uzwiho kugenda ingendo ndende mu buryo bwo kwishimisha yaburiwe irengero mu misozi ya San Gabriel muri California mu cyumweru gishize . Uyu mugabo w’imyaka 65 yaburiwe irengero mu gace ka Baldy Bowl ku wa Gatanu,, mu gihe ikirere cyari kibi mu majyepfo ya California nkâuko iyi nkuru dukesha BBC […]
Umunyamakuru wâUmufaransakazi mu rubanza yarezwemo nâushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 19 Mutarama, umunyamakuru wâUmufaransakazi, Maria Malagardis, yiteguye kwitaba urukiko kubera ikirego cyatanzwe na Aloys Ntiwiragabo wâimyaka 74, umwe mu bakekwaho kuba barateguye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, ikintu bivugwa ko kibangamiye abaharanira uburenganzira . Nkâuko byatangajwe na Collectif des Parties Civiles pour le Rwanda(CPCR) ikorera mu Bufaransa, […]
Goma: Abanyamakuru 3 barimo abakorera VOA na AFP bakomerekejwe na Polisi
Umuryango JED (Journaliste En Danger ) uratangazaa ko abanyamakuru batatu bo mu Mujyi wa Goma, muri Kivu yâAmajyaruguru, bahohotewe nâabapolisi ubwo bakurikiranaga imyigaragambyo yo kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Mutarama 2023 . Ibi byatangajwe mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu nyuma yo gutatanya abigaragambyaga bamagana ingabo za EAC zoherejwe muri […]
La Cour ajourne l’affaire d’appel pour viol d’un ressortissant chinois jusqu’en mars
La Haute Cour de Nyarugenge a ajournĂ© mercredi 18 janvier l’audience d’appel de Wang Yang Jian au 15 mars de cette annĂ©e, aprĂšs que son avocat eut dĂ©clarĂ© qu’il ne pouvait pas venir pour cause de maladie. Jian a Ă©tĂ© acquittĂ© en 2019 des accusations de viol aprĂšs qu’un juge du tribunal de premiĂšre instance […]
Visi Perezida Badara Alieu Joof wa Gambia yapfiriye mu Buhinde
Perezida Adama Barrow yatangaje ko Visi-Perezida wa Gambia, Badara Alieu Joof, yapfiriye mu Buhinde ku myaka 64 yâamavuko . Visi-perezida yapfuye nyuma yâuburwayi yari amaranye igihe gito, nubwo Perezida Barrow atavuze niba yari arimo kwivuriza mu Buhinde. Joof yari amaze amezi atagaragara mu ruhame, nk’uko byatangajwe na Omar Wally wa BBC ukorera mu murwa mukuru, […]
RDC: Icyicaro cyâishyaka rya Katumbi byagabweho igitero nâabayoboke bâishyaka riri ku butegetsi
Icyicaro gikuru cyâishyaka rya politiki rya ” Ensemble pour la RĂ©publique ” rya MoĂŻse Katumbi i Kasumbalesa, umujyi uri ku birometero 90 uvuye i Lubumbashi muri Haut-Katanga, cyasahuwe nâabarwanashyaka bâishyka riri ku butegetsi UDPS kuri uyu wa Kabiri, itariki 17 Mutarama 2023 . MoĂŻse Kawaya, Perezida wâishyaka rya MoĂŻse Katumbi i Kasumbalesa arashinja abayoboke bâishyaka […]
U Bushinwa burashinja Leta Zunze Ubumwe za Amerika gusahura umutungo wa Syria
U Bushinwa buratangaza ko âingabo zâAbanyamerikaâ ziri muri Syria âzirimo gusahuraâ umutungo wâiki gihugu . U Bushinwa bwashinje Amerika âubujuraâ muri Syria, buvuga ko ibikorwa bimaze imyaka myinshi bya gisirikare bya Washington ndetse no âgusahuraâ umutungo wa Syria byashyize iki gihugu mu kaga. Ku wa Kabiri, umuvugizi wa Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Bushinwa, Wang Wenbin, […]
Umuntu wari ukuze kurusha abandi ku Isi yapfiriye mu bitotsi
Umuntu wari ushaje cyane kurusha abandi ku Isi, umubikira wâUmufaransa, Lucile Randon, yapfuye afite imyaka 118 . Randon, wafashe izina rya Sister AndrĂ© igihe yafataga icyemezo cyo kwiyegurira Imana mu 1944, yapfiriye mu bitotsi mu kigo cyita ku bageze mu za bukuru i Toulon, mu Bufaransa. Yavutse mu 1904 mu majyepfo yâu Bufaransa, yabayeho mu […]
Iyo mugira ubushobozi bwo kugikemura ubwanyu muba mwarabikoze kera – Akamanzi abwira Tshisekedi

Umuyobozi wâIkigo cyâigihugu cyâIterambere (RDB), Clare Akamanzi, uri I Davos aho yitabiriye inama yâIhuriro ryâUbukungu ku Isi (WEF) yabajije Perezida Felix Tshisekedi impamvu atemera kubahiriza ibyemejwe mu nama za Luanda na Nairobi kandi gukemura ibibazo ku giti cye byaramunaniye . Ni mu kiganiro cyari cyateguwe nâikinyamakuru Time mu rwego rwâinama ya World Economic Forum aho […]