Koreya zombi zahererekanyije ibisasu bya missile bwa mbere ku nkombe zabyo

Koreya y’Amajyaruguru n’iy’epfo zarashe misile zigwa mu mazi ku nkombe z’impande zombi bwa mbere . Seoul yihoreye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’amasaha atatu Pyongyang irashe misile yaguye mu birometero biri munsi ya 60 (37mi) uvuye mu mujyi wa Sokcho wo muri Koreya y’Epfo. Igisirikare cy’amajyepfo cyavuze ko uku ari ukuvogera ubutaka bwabo “kutemewe”. Yarashe […]

Nyagatare: Hafashwe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe Magendu

Ku wa Mbere tariki ya 31 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu karere ka Nyagatare, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu iturutse mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda . Uwitwa Nisingizwe Maria ufite imyaka 28 y’amavuko, ni we wafatanywe ayo mabaro ubwo […]

Al Shabaab yashimuse imbangukiragutabara itwaye umurwayi muri Kenya

Abantu bane baburiwe irengero nyuma y’uko abakekwaho kuba abarwanyi ba al-Shabaab bashimuse ambulance yari itwaye umurwayi mu bitaro bya Elwak, mu Ntara ya Mandera mu gihugu cya Kenya . Igitero cyabaye ubwo umushoferi yirukankanaga umurwayi amujyana kwa muganga ari kumwe n’abaganga babiri kuri uyu wa Kabiri nimugoroba. Polisi yavuze ko igikorwa gikomeye cyo gukurikirana abagabye […]

Monusco yataye ibirindiro bikomeye yari ifite i Rumangabo

Kuri uyu wa Kabiri ingabo za Monusco zavuze ko zavuye mu birindiro zari zifte muri Rumangabo nyuma y’aho aha higaruriwe n’umutwe wa M23 . Izi ngabo z’Umuryango w’Abibumbye zafashaga iza leta ya Repubulika ya Demokarasi yaa Congo, FARDC, mu kurwanya inyeshyamba za M23 ziherutse kwigarurira umujyi wa Kiwanja ku wa Gatandatu ushize nyuma ya Rutshuru. […]

Ibyiza 10 byo gukoresha ubuki ku mikorere y’umubiri no ku buzima muri rusange

Ubuki, ubutunzi bw’umutiba, ni kimwe mu bintu bifitiye umubiri akamaro kenshi. Uko wabukoresha kose inyungu zabwo zirazwi neza mu bijyanye n’ubuzima, ubwiza, n’ibindi . Ubuki bukorwa n’inzuki binyuze mu ndabyo cyngwaa iindi biti, ariko bukagira akamaro kanini mu mikorere y’umubiri wacu n’ubuzima muri rusange. Hariho ubwoko bwinshi bw’ubuki, bwifashishwa mu buvuzi ukurikije ibyo buri wese […]

U Burusiya bwaba bushaka gukoresha abahoze muri special forces ya Afghanistan muri Ukraine

Abahoze ari abajenerali batatu ba Afghanistan batangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, ko abasirikare ba special forces ba Afghanistan barwananye n’ingabo z’Abanyamerika nyuma bagahungira muri Iran nyuma y’uko Amerika ivanyeyo ingabo za yo mu mwaka ushize, ubu barimo guhabwa akazi n’u Burusiya kugira ngo barwane muri Ukraine . Bavuze ko Abarusiya bifuza gukurura ibihumbi by’abahoze ari abakomando […]

Guverineri Gen. Constant Ndima arasanga imyigagambyo ishobora koroshya icengera ry’umwanzi

Guverineri wa gisirikare w Kivu y’Amajyaruguru arahamagarira sosiyete sivile n’imitwe y’abenegihugu kwirinda gutegura imyigaragambyo y’abaturage vuga ko ishobora koroshya icengera ry’abanzi . Mu itangazo ryasomwe n’umuvugizi wa FARDC kuri uyu wa Mbere, Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Constant Ndima Kongba, arahamagarira abaturage kwishyira hamwe inyuma ya FARDC kugira ngo harangizwe icyo yita intambara idafite ishingiro […]

Uganda: Abantu bitwaje intwaro bishe abapolisi 2 mu gitero kuri station ya polisi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, abantu bitwaje imbunda batamenyekanye bishe umuyobozi mukuru (OC) w’iperereza hamwe n’umupolisi muto, abandi barakomereka mu gitero cyagabwe kuri Station ya Polisi ya Busiika mu karere ka Luweero . Umuyobozi muri aka karere, Richard Bwabye uyoboye komite ishinzwe umutekano y’akarere, yavuze ko abagabye igitero bateye ahagana mu ma saa […]

Umuhungu wa Lumumba arifuza ko amasezerano Congo yagiranye n’u Rwanda yahagarara imipaka igafungwa

Guy Lumumba, umwe mu bahungu ba Minisitiri w’intebe wa mbere wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Ukwakira, ko amasezerano yose yashyizweho umukono hagati y’igihugu cye n’u Rwanda yahagarikwa ndetse imipaka ihuza ibihugu byombi igafungwa . Yishimiye kandi icyemezo cyafashwe mu masaha 48 ashize n’inama y’igihugu y’ubwirinzi cyo kwirukana […]

Leta iratekereza uko izafasha abaturage badafite uburyo bwo kuhira batabona n’aho bakura ibyo kurya

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), Dr Patrick Karangwa, arizeza ibiribwa abaturage badafite icyizere cyo kuzabona umusaruro, bitewe n’imvura yabuze hamwe na hamwe mu Gihugu . Agace ka Afurika u Rwanda ruherereyemo gakomeje gutaka ibura ry’imvura y’umuhindo w’uyu mwaka, by’umwihariko mu bice bimwe na bimwe by’igihugu abahinzi barimo kugaragaza ko babuze imvura, bigatuma imyaka […]

Abantu bitwaje intwaro barashe ku bazunguzayi barindwi bahasiga ubuzima

Abantu bitwaje imbunda barashe ku bacuruzi bo mu muhanda (abazunguzayi) ndetse no ku bantu bari bari hafi aho ku mugoroba wo ku wa Gatandatu ushize, bahitana abantu barindwi abandi bane barakomereka mu gace ka Finetown, mu majyepfo ya Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Umuvugizi wa polisi, Brigadier Brenda Muridili yagize ati: “Biravugwa ko abakekwaho icyaha bagera […]

Felix, duhe intwaro kandi tuzatsinda u Rwanda – Abari mu myigaragambyo i Goma

Nyuma y’imyigaragambyo yo kwamagana umutwe wa M23 bavuga ko ufashwa n’u Rwanda yatangiye kuri iki Cyumweru mu Mujyi wa Goma, abigaragambya baramukiye mu yindi myigaragambyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere berekeza ku mupaka wa Grande barrière utandukanya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda . Ku munsi wa kabiri w’imyigaragambyo yo kwamagana M23 […]

Ibice bitandukanye bya Ukraine birimo Kyiv byongeye kuraswaho bikomeye n’u Burusiya

Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika byatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere mu murwa mukuru wa Ukraine, habyukiye urusaku rw’ibisasu. Abayobozi b’uturere two mu majyaruguru, mu burasirazuba no hagati muri Ukraine na bo bavuze ko twagabweho ibitero bya misile. Reuters yatangaje ko umwotsi wagaragaraga hejuru ya Kyiv nyuma y’iturika ry’ibisasu bigera ku 10 . Umuyobozi […]

Ikiraro cyari giherutse kuvugururwa mu Buhinde cyapfiriyeho abantu basaga 140

Umubare w’abantu bapfuye umaze kwiyongera ugera ku bantu byibuze 141 nyuma y’isenyuka ry’ikiraro gishya cyavuguruwe muri leta ya Gujarat mu Buhinde, mu gihe abayobozi bavuga ko abashinzwe ubutabazi bavanye imirambo myinshi mu ruzi rwa Machchhu kuri uyu wa Mbere . Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’umutekano wa Gujarat, Harsh Sanghavi, ngo aya makuba yabaye ahagana mu […]

Icyemezo cyafashwe tugiye kwisubiza ikizwi cyose nk’ubutaka bwa RDC – Gen. Mpezo Bruno

Komanda mushya w’akarere ka 34 ka gisirikare muri Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Mpezo Mbele Bruno, yaraye ageze i Goma kuri iki Cyumweru asaba abaturage gutuza ndetse asezeranya kugarura amahoro no kwisubiza ibice byose byafashwe n’inyeshyamba za M23. Akigera i Goma, Gen. Mpezo yahaye ikiganiro abanyamakuru atangaza ko ni biba ngombwa ko banatanga ubuzima bwabo bazabutanga. […]

Umujyi wa New York ugiye kwishyura miliyoni 36$ abahamijwe kwica Malcolm X barengana

Abagabo babiri bahamijwe icyaha cyo kwica Malcolm X mu 1965 barengana igihano bahawe kigateshwa agaciro umwaka ushize, bazahabwa miliyoni 36 z’amadolari y’indishyi n’umujyi na Leta ya New York . Umwunganizi wabo David Shanies yagize ati: “Amahano y’iyicwa rya Malcolm X yumvikanye ku isi hose, kandi yiyongera ku kuba yaratumye inzirakarengane ebyiri z’abasore b’abirabura bafungwa “. […]

Le Rwanda regrette la dĂ©cision de la RD Congo d’expulser son Ă©missaire

Le gouvernement rwandais a dĂ©clarĂ© dimanche qu’il regrettait la dĂ©cision de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) d’expulser son Ă©missaire . Le gouvernement de la RDC a ordonnĂ© samedi Ă  l’ambassadeur rwandais Vincent Karega de quitter le pays dans les 48 heures en raison du soutien prĂ©sumĂ© du Rwanda aux rebelles du Mouvement du 23 […]

Brazil: Lula da Silva yongeye gutorerwa kuyobora Brazil nyuma y’imyaka 12 avuye ku butegetsi

Luiz Inácio Lula da Silva yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Brazil, ariko hamwe na Jair Bolsonaro uriho ubu utemera ko yatsinzwe hari impungenge ko ashobora kujuririra ibyavuye mu matora . Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bushinzwe amatora muri iki gihugu, kuri iki Cyumweru Lula yabonye amajwi 50.8 ku ijana mu gihe Bolsonaro, wari umaze manda imwe ku […]

Libani: Umugabo yapfiriye kuri televiziyo imbonankubone ubwo yari guhatwa ibibazo

Umugabo wo muri Libani uregwa gucuruza ibicuruzwa hanze y’igihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko yafashwe n’umutima ubwo yari ari guhatwa ibibazo apfira kuri televiziyo imbonankubone mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize. Shukrallah Maalouf, umucuruzi mu bijyanye n’ibiryo by’amatungo yari umushyitsi mu kiganiro, kuri Televiziyo ya Al Jadeed yo muri Libani, kigaragaza imanza za ruswa kitwa […]

Kinshasa: Abantu 11 barimo abapolisi 2 ni bo bapfiriye mu gitaramo cya Fally Ipupa

Kuri uyu wa Gatandatu, abakunzi ba muzika icyenda n’abapolisi babiri ni bo bapfiriye mu gitaramo cy’umuririmbyi w’icyamamare, Fally Ipupa, cyabereye kuri stade nini y’i Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yari yakubise yuzuye no hejuru, nk’uko Minisitiri w’intebe wungirije, akaba na minisitiri w’umutekano, Daniel Aselo, yabitangaje . Amakuru y’ibanze yari yashyizwe ahagaragara […]

Goma: Abari mu myigaragambyo batwikiye ibendera ry’u Rwanda ku mupaka

capture-27.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Ukwakira, mu Mujyi wa Goma hadutse imyigarambyo itunguranye yo kwamagana ifatwa rya Rutshuru na Kiwanja, aho Abanyekongo bagaragaye batwika ibendera ry’u Rwanda ku mupaka . Ni imyigaragambyo yadutse nyuma y’aho kuri uyu wa Gatandatu, umutwe wa M23, abayobozi ba Congo bavuga ko ufashwa n’u Rwanda, wigaruriye imijyi ya Rutshuru na […]

Centrafrica: Ingabo z’u Rwanda zakoranye umuganda n’abaturage zinabavurira ubuntu

fgodxwhwiaic5hh.jpg

Ku munsi w’ejo kuwa Gatandatu , ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) zakoranye umuganda n’abaturage kandi zivura abaturage 110 bo muri Bossembele mu Mudugudu wa Yalomoni, mu burengerazuba bw’igihugu, mu bilometero 150 uvuye i Bangui . Uyu muganda rusange wari ugizwe no gukuraho ibihuru no kubaka ahacururizwa amatungo […]

U Burusiya bwemeje ko mu ntangiriro za 2021 bwahaye RDC toni 160 z’imbunda n’amasasu

Mu kunyomoza ibiherutse gutangazwa, kuri uyu wa Gatandatu, bubinyujije kuri Ambasaderi wabwo i Kinshasa, u Burusiya bwemeje ko bwahaye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ntangiriro za 2021, toni zirenga 160 z’intwaro n’amasasu . Ibi bisobanuro byatanzwe na Ambasaderi w’u Burusiya muri DRC bije bisubiza inyandiko y’ikinyamakuru Africa Intelligence giherutse kwemeza ko DRC n’u Burusiya […]

France: Ubushinjacyaha bwatangiye gukurikirana Umunyarwanda ushinjwa kwica umupadiri

611e5521aee23_13233968-sjtqrparcoursmeurtrie-00-00-19-07-5428503.jpg

Nyuma y’umwaka urenga atawe muri yombi ashinjwa kwica umupadiri w’Umufaransa, umwimukira w’Umunyarwanda, Emmanuel Abayisenga, yashinjwe ku mugaragaro n’umushinjacyaha w’u Bufaransa . Kuri uyu wa Gatanu ushize, nibwo umushinjacyaha wa leta muri La Roche sur Yon yatangaje ikirego kirega Emmanuel Abayisenga icyaha cyo kwica umupadiri w’Umufaransa, Olivier Maire, wakubiswe kugeza apfuye muri Kanama umwaka ushize. Ikinyamakuru […]

La R D Congo expulse l’ambassadeur du Rwanda

La RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) a expulsĂ© l’ambassadeur rwandais Vincent Karenga, en reprĂ©sailles au soutien prĂ©sumĂ© de Kigali Ă  un groupe rebelle actif dans l’est du pays, a dĂ©clarĂ© samedi le porte-parole du gouvernement Patrick Muyaya . L’ambassadeur dispose de 48 heures pour quitter le pays. La dĂ©cision du Haut Conseil de la dĂ©fense […]

U Burusiya bwavuye mu masezerano yemereraga Ukraine kohereza ibinyampeke mu mahanga

U Burusiya bwahagaritse uruhare rwarwo mu masezerano y’ingenzi yatumye ibinyampeke bibasha kuva muri Ukraine byoherezwa hirya no hino aho byari bikenewe nyum y’uko byari byaraheze ku byambu byo muri Ukraine, nyuma y’ibyo u Burusiya bwavuze ko ari igitero cy’indege zitagira abapilote ku mato y’u Burusiya mu ntara ya CrimĂ©e bwigaruriye. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze […]

Somalia: Igitero cy’iterabwoba cyahitanye byibuze abantu 100 abandi 300 barakomereka

Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud, yatangaje ko byibuze abantu 100 bishwe abandi 300 bagakomereka nyum y’iturika ry’ibisasu byari biteze mu modoka ebyiri mu murwa mukuru w’iki gihugu, Mogadishu . Kuri iki Cyumweru, Mohamud yashinje umutwe witwaje intwaro wa al-Shabab ibyo bitero maze atangariza abanyamakuru ko yiteze ko umubare w’abahitanwe n’iturika ry’ibyo bisasu kurushaho kwiyongera. […]

RDC: Minisiteri y’ingabo yahakanye ibyo gutumiza ibikoresho bya gisirikare mu Burusiya

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntabwo yigeze itumiza intwaro mu nganda za gisirikare z’u Burusiya. Ibi byatangajwe na minisiteri y’ingabo z’igihugu n’abavuye ku rugerero, biravuguruza amakuru aherutse gutangazwa na African Intelligence . Mu nyandiko yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Ukwakira, umuyobozi mukuru w’ibiro bya Minisitiri w’ingabo, yatangaje ko aya makuru nta […]

le président Kagame au Mozambique pour une visite de travail

fgj2wnrwyaaml22.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© Ă  Maputo ce vendredi 28 octobre pour une visite de travail d’une journĂ©e . Kagame devrait avoir un tĂŞte-Ă -tĂŞte avec le prĂ©sident hĂ´te Filipe Nyusi, suivi de discussions bilatĂ©rales avec leurs dĂ©lĂ©gations respectives, avant d’assister Ă  un dĂ©jeuner organisĂ© en son honneur. Cette visite intervient Ă  un moment oĂą […]

Le Rwanda surveille de près la situation en RD Congo – Ministre Nshuti

Le Rwanda surveille de près la situation le long de ses frontières avec la RD Congo et affirme qu’il n’hĂ©sitera pas Ă  riposter si la RD Congo viole dĂ©libĂ©rĂ©ment l’intĂ©gritĂ© territoriale du Rwanda, a dĂ©clarĂ© le ministre d’État chargĂ© des Affaires de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est, Manasseh Nshuti, aux diplomates. Nshuti a fait […]

Cote d’Ivoire: Mushikiwabo yagiranye ibiganiro na Perezida Ouattara n’abandi bayobozi

fgfv21hacainfj3.jpg

Perezida wa Repubulika ya Cote d’Ivoire, Alassane Ouattara, kuri uyu wa Kane, itariki ya 27 Ukwakira 2022, yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo ubwo yamwakiraga mu ngoro ye. Ibiganiro byibanze ku nama itaha ya Francophonie izabera mu byumweru bitatu muri Tunisia. Umunyamabanga mukuru wa OIF avuga ko CĂ´te d’Ivoire […]

U Rwanda ruzakomeza gutera inkunga Igisirikare cya Centrafrica no gukarishya ingabo za yo – Abayobozi

52456169706_c295bddf65_k.jpg

“U Rwanda ruzakomeza gutera inkunga Ingabo za Centrafrica mu bijyanye n’imyitozo no gukarishya abasirikare”, ibi byatangajwe n’abayobozi ba Centrafrica nyuma yo kubonana, kuwa Gatatu, kwa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we, Faustin Archange TouadĂ©ra, nk’uko tubikesha Anadolu Agency. Repubulika ya Centrafrica n’u Rwanda bisanzwe byarashyize umukono ku masezerano ane y’ubufatanye, yasinywe igihe Perezida […]

Kampala: Abayoboke ba NRM bariye karungu bateye icyicaro gikuru cy’ishyaka abayobozi barahunga

Icyicaro gikuru cy’ishyaka NRM i Kampala kuri uyu wa Kane cyagabweho igitero n’abakandida barenga 200 batsinzwe mu matora rusange yo mu 2021 yabereye muri Kampala, basaba ko basubizwa amafranga bakoresheje kandi bashinja abayobozi babo kubirengagiza . Amakuru aturuka aho iki cyicaro giherereye ku muhanda wa Kyadondo avuga ibyabaye biteye ubwoba byatumye abayobozi mu bunyamabanga bw’ishyaka […]

Huye: Umusore w’imyaka 25 arashinjwa gufata ku ngufu no kwangiza imyanya ndangagitsina

Kuri uyu wa Kane, itariki 27 Ukwakira 2022, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umuhungu w’imyaka 25 ukekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no kwangiza imyanya ndangagitsina umugore w’imyaka 45 . Ni icyaha uregwa akekwaho kuba yarakoze ku wa 18 Ukwakira 2022, mu gihe cya saa tatu za […]

Koreya y’Epfo yahakanye guha intwaro Ukraine nyuma yo gutungwa urutoki na Perezida Putin

Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk-yeol, yahakanye ko Seoul yahaye Ukraine intwaro zica nyuma y’uko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuze ko icyemezo nk’iki kizasenya umubano wabo . Kuri uyu wa Kane, Putin yabivugiye mu nama yabereye i Moscou, ashinja Uburengerazuba kuba bwarateje intambara muri Ukraine ndetse anashimangira ko icyemezo cya Koreya y’Epfo cyo guha […]

Kinshasa: Hakomeje urubanza rw’abakekwaho kwica Ambasaderi Luca Atanasio

Urukiko rwa gisirikare rw’i Kinshasa-Gombe, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwateye utwatsi ubusabe bw’abunganira abaregwa mu rubanza ku iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani, Luca Atanasio, rwabereye mu ruhame kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Ukwakira . Urukiko rwa gisirikare rwanze icyifuzo cyo kurekurwa by’agateganyo cyatanzwe n’aba bavoka kubera gutinya ko bahunga kubera kutagira […]

Burundi: Abagera mu 100 bamaze gutabwa muri yombi bazira Hussein Radjabu wayoboye CNDD-FDD

Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko hashize iminsi hari abantu barimo utabwa muri yombi bazira amashusho ya Hussein Radjabu, wigeze kuba umuyobozi wa CNDD-FDD mbere yo gushwana na Perezida Nkurunziza ndetse bikamuviramo guhunga mu 2015 nyuma yo gutoroka gereza. Aya makuru dukesha urubuga UBMNews rwo mu Burundi, aravuga ko igipolisi n’abayobozibashinja abo bantu batabwa muri […]

Abadepite babajije Umuvunyi Mukuru icyo bakora kuri ruswa ivugwa mu nzego zitandukanye

Kuri uyu wa Gatatu Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine yagejeje ku Nteko Rusange y’Imitwe Yombi raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi by’umwaka wa 2021/2022 na gahunda y’ibikorwa byayo by’umwaka wa 2022/2023, aho bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko barubajije niba rujya rukurikirana ruswa ivugwa mu nzego za leta by’umwihariko ishingiye ku gitsina ,ngo ishakirwe umuti urambye . Umuvunyi […]

Plus d’employĂ©s de l’École polytechnique du Rwanda (IPRC) arrĂŞtĂ©s

L’AutoritĂ© nationale des poursuites pĂ©nales (NPPA) a reçu des dossiers Ă©pinglant Diogene Mulindahabi, principal du campus de l’IPRC Ă  Kigali, et 11 autres suspects, qui ont Ă©galement Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©s le mercredi 26 octobre pour des accusations liĂ©es Ă  l’utilisation abusive de fonds publics . Les crimes prĂ©sumĂ©s ont entraĂ®nĂ© une fermeture temporaire de deux semaines […]

Le président Kagame a reçu le président Faustin Archange Touadéra

fgbrx8_wabcetat.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame, le 26 octobre, a reçu le prĂ©sident Faustin Archange TouadĂ©ra de la RĂ©publique centrafricaine et les deux chefs d’État ont discutĂ© de la coopĂ©ration bilatĂ©rale . Le duo a discutĂ© de la situation politique en RCA et de la coopĂ©ration bilatĂ©rale dans divers domaines de la sĂ©curitĂ©, de la gouvernance et […]

Gatsibo: Yafatiwe mu kiyaga atwaye magendu y’amabuye y’agaciro

Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi (Marine Unit) kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Ukwakira, ryafashe uwitwa Nizigiyimana Francois, ufite imyaka 24 y’amavuko, wari utwaye magendu y’ibiro 18 by’amabuye y’agaciro ya Wolfram, anyuze mu Kiyaga cya Muhazi. Nizigiyimana usanzwe ari umucuruzi w’amabuye y’agaciro yafashwe aturutse mu murenge wa Gasange yerekeza mu […]

Ukraine: Minisitiri w’ingabo aravuga ko igihugu cye cyabaye ikibuga cyo kugeragerezamo intwaro

Minisitiri w’ingabo wa Ukraine yavuze ko amakimbirane abera muri Ukraine yahaye abakora intwaro mu burengerazuba amahirwe yo kureba ibicuruzwa byitwara neza mu ntambara ya nyayo yo kurwanya u Burusiya . Aleksey Reznikov yabisobanuye agira ati: “Dufite ikibuga cyo kugeragerezamo imirwano muri Ukraine muri iyi ntambara.” “Dufite mortiers 155mm umunani zitandukanye mu kibuga… bityo ni nk’irushanwa […]

Amerika iravuga ko yiteguye gukoresha intwaro zayo harimo n’iza kirimbuzi mu kurinda inshuti zayo

us-vows-full-military-defense-of-allies-against-north-korea-1666692700628.jpg

Igisirikare cy’Amerika kizakoresha intwaro zacyo zose, harimo n’intwaro za kirimbuzi, mu kurinda Koreya y’Epfo n’u Buyapani ibitero, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mukuru muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, wongeye kwikoma Koreya ya Ruguru kubera igerageza ikomeje gukora ry’intwaro avuga ko“riteje akaga” kandi “rihungabanya umutekano”, mu gihe ashimangira ubufatanye n’abafatanyabikorwa bo muri Aziya . Kuri uyu wa Kabiri ushize, […]

Umugore w’Igikomangoma Harry, Meghan Markle, yahishuye ko ari Umunyanijeriyakazi 43%

tsdnhvsc3jixxyasgvtrme.jpg

Meghan Markle, umugore w’Igikomangoma Harry cyo mu Bwongereza, yahishuye ko ari “Umunyanijeriyakazi ibice 43% ” mu gice giheruka cya podcast ye, Archetypes, aho yaganiraga ku myumvire “y’umwiraburakazi warakaye “. Meghan Markle yasangije ibyavuye mu bizamini yakorsheje ku nkomoko ye mu gice giheruka cya podcast ye, aho yabwiye umunyarwenyakazi wo muri Nigeria ufite ubwenegihugu bwa Amerika, […]

Le prĂ©sident Kagame a reçu l’ancienne première dame mozambicaine Graça Machel

ff1xbxmwyamxbd4.jpg

Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a reçu lundi Graça Machel, la fondatrice de Graca Machel Trust, et la Fondation pour le dĂ©veloppement communautaire, qui Ă©tait au Rwanda pour la confĂ©rence de l’African Philanthropy Forum (APF) sur le thème “Les philanthropes africains comblent l’Ă©cart entre les sexes” . Kagame et la Première Dame Jeannette Kagame ont […]

Afurika y’Epfo: Hatangiye ibiganiro bigamije kurangiza intambara imaze imyaka 2 muri Ethiopia

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yavuze ko ibiganiro bya mbere by’amahoro bigamije guhagarika intambara imaze imyaka ibiri hagati y’ingabo za Leta ya Ethiopia n’Ingabo zo mu Ntara ya Tigray (TPLF) mu majyaruguru y’iki gihugu byatangiriye muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Kabiri bikaba bizarangira ku Cyumweru . Ikibazo ni amahirwe yo guhagarika amakimbirane yahitanye abantu ibihumbi, […]

Ambasaderi Karega yongeye kuvugisha Abanyekongo ubwo yitabiraga inama yari iyobowe na Tshisekedi

Mu nama ngishanama yagiranye na ba ambasaderi b’ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu uhuza ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC), Perezida Felix Tshisekedi yakiriye na Ambasaderi w’u Rwanda, Vincent Karega, kuri ubu utabanye neza n’Abanyekongo bamwe bibaza ahubwo impamvu akiri ku butaka bw’igihugu cyabo . Uyu mudipolomate mu minsi yashize yakomeje kuba intandaro y’impaka zikaze nyuma […]

Wari uzi ko Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza ari umukire kurusha umwami?

Rishi Sunak, Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, birashoboka ko ari we muntu wa mbere ugiye muri uyu mwanya w’umukire kurusha n’umwami wabo, ariko mu gihe habarwa umutungo bwite w’umwami Charles III mu buryo bwihariye . Sunak n’umugore we, Akshata Murty, bagiye bagarukwaho mu nkuru zitandukanye kubera ubutunzi bwabo ndetse n’imibereho yabo ihenze, nubwo igiciro cy’imibereho […]

I Kigali hateraniye inama yiga ku kuntu telefone zaba umusemburo w’iterambere

Abantu bagera mu 2000 baturutse hirya no hino ku Isi bitabiriye inama y’iminsi 3 izigira hamwe uko ikoreshwa rya za telefone na serivisi ryayo byarushaho kuba umusemburo mu iterambere rishingiye ku ikoranabuhanga, nk’urwego rufitiye akamaro Isi muri ibi bihe . Iyi nama ibaye mu gihe imibare y’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere RURA igaragaza ko abafatabuguzi ba telefone […]

Nigeria: Urukiko rwategetse ifatirwa ry’imitungo y’uwari minisitiri ushinzwe ibikomoka kuri peteroli

Kuri uyu wa Mbere, urukiko rwo muri Nigeria rwategetse ko hafatwa burundu imitungo ibiri n’imodoka by’uwahoze ari minisitiri w’ibikomoka kuri peteroli, Diezani Alison-Madueke, nk’uko byemejwe na komisiyo ishinzwe ibyaha by’ubukungu muri iki gihugu. Alison-Madueke yagize uruhare rukomeye mu buyobozi bw’uwahoze ari Perezida, Goodluck Jonathan, ari minisitiri w’ibikomoka kuri peteroli kuva mu 2010 kugeza mu 2015. […]

Adidas yahagaritse imikoranire yari ifitanye n’umuraperi Kanye West kubera imyitwarire

Uruganda rwa Adidas rwo mu Budage rukora ibikoresho by’imikino,rwahagaritse ubufatanye rwari rufitanye n’Umuraperi w’Umunyamerika, Kanye West, kubera imyitwarire ye itavugwaho rumwe . Kuri uyu wa Mbere, Adidas yatangaje iki cyemezo mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku rubuga rwa interineti, nyuma y’uko uru ruganda rukora imyenda n’inkweto bya siporo rwari ruherutse gutangaza ko rugiye kongera gusuzuma ubufatanye […]

Perezida Felipe Nyusi yahawe urwamenyo ubwo yateraga ishoti akitura hasi

mozambique-4-2-malawi-bsafcon-2022.jpg

Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye video igaragazaPerezida Felipe Nyusi wa Mozambique agwa hasi nyuma yo gutera umupira mu rwego rwo gutangiza imikino y’Igikombe cya Afurika cy’umupira w’amaguru ukinirwa ku Mucanga (Beach Soccer Africa Cup of Nations 2022) . Iyi mikino ya Beach Soccer Africa Cup of Nations yatangiye kuwa Gatanu ushize, itariki 21 Ukwakira, muri Vilankulo […]

Perezida w’u Budage yageze i Kyiv nyuma y’iminsi asubitse urugendo rwe ku mpamvu z’umutekano

Nyuma y’iminsi mike Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, asubitse urugendo kubera impamvu z’umutekano we, amaherezo yakoze urugendo rwe rwa mbere mu murwa mukuru wa Ukraine kuva u Burusiya bwatera . Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier, yageze i Kyiv. Ni urugendo rwa mbere Steinmeier akoreye muri Ukraine kuva u Burusiya bwatera […]

Amatora yaba ataba Perezida Tshisekedi agomba kugenda – Ishyaka PPRD rya Kabila

“Amatora yaba cyangwa ataba, tuzaba tugeze ku musozo wa manda ya Tshilombo kandi agomba kugenda! “, ibi ni ibyatangajwe na Ferdinand Kambere (uri ku ifoto), umunyamabanga uhoraho wungirije wa PPRD, ishyaka rya Joseph Kabila . “Nta bwumvikane, nta matora!” Ferdinand Kambere akomeza agira ati: “Ntabwo tuzi ko iyo CENI (komisiyo y’amatora n’abayobozi bayo) bazi ko […]

Uganda: Inkongi y’umuriro mu kigo cy’ishuri yahitanye byibuze abantu 11

Polisi mu Karere ka Mukono mu gihugu cy Uganda iri gukora iperereza ku nkongi y’umuriro yahitanye abantu 11 ku ishuri ry’abatabona rya Salama mu Mudugudu wa Luga, Paruwasi ya Ntanzi, Akarere ka Mukono, mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri . Nk’uko byatangajwe na ASP Luke Owoyesigyire, umuvugizi wungirije wa polisi mu mujyi wa Kampala, […]

Abasirikare 10 ba Burkina Faso bishwe abandi mirongo barakomereka mu gitero ku nkambi yabo

Kuri uyu wa Mbere, itariki 24 Ukwakira, byibuze abasirikare icumi bishwe abandi mirongo itanu barakomereka mu gitero cy’iterabwoba cyabereye i Djibo, umujyi ua nk’ugenzurw n’abajihadiste uva mu mezi atatu ashize, mu majyaruguru ya Burkinafaso, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Burkina Faso . Ubuyobozi bukuru bw’ingbo bwgize buti “Regiment ya 14 y’ingabo muri Djibo yagabweho […]