Umunyarwanda yagizwe umunyamabanga wâumuryango wâibihugu bihuriye ku ruzi rwa Nil
Umunyarwanda, Innocent Ntabana yasimbuye Dr Rao Nyaoro , ukomoka muri Kenya ku mwanya wâubunyamabanga mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikora ku ruzi rwa Nil (NIB). Innocent Ntabana azaba afite inshingano zo kuyobora abakozi, igenamigambi no gucunga imishinga yose ya NIB nkâuko bitangazwa na dailymonitor dukesha iyi nkuru. Ntabana Innocent akaba agiye kuyobora uyu muryango ari umuyobozi wawo […]
Uganda: Arakekwaho kwica umwuzukuru we yarangiza akiyahura
Igipolisi cya Uganda mu turere twa Butambala na Gomba kiri gukora iperereza ku mpfu zâabantu babiri bo mu muryango umwe zabaye mu ijoro ryakeye ahitwa Mpongo aho umukecuru ngo yishe umwuzukuru we nawe agahita yiyahura. Umupolisi Christine Nakibuule, ukuriye station ya polisi ya Bulo, yatangaje ko ibi byabaye byabereye ku mupaka wâuturere twa Gomba ahitwa […]
Nubwo ubona bikomeye, humura Imana iragukunda
Abantu bose batuye muri iyi si bafite uko bigishijwe Imana, bamwe bayigishijwe nkâImana yaremye isi , maze itangira kuducunga kuko ifuha ,tuyigishwa nkâImana irakara, Imana ihana ndetse kuburyo buri wese afite uko ayifata mu buzima bwe bwa buri munsi ,ariko ndagira ngo hejuru yâibi byose dusubize amaso inyuma twibuke ko dufite Imana yacu dukwiriye gufata […]
Nyarugenge: Abayobozi barashinjwa kwaka ruswa abaturage
Abaturage batuye mu murenge wa Nyagurenge ho mu karere ka Bugesera barashinja abayobozi bâinzego zâibanze babo kubaka rushwa mu gihe baba bashaka kubaka. Bavuga ko ayo mafaranga bakwa bashaka gusana inzu zabo, badahabwa inyemezabuguzi bityo bakaba babifata nka ruswa baba batswe. Kuva ku bihumbi icumi (10,000Frs) kuzamura niyo bwakwa nâabayobozi, ko utayatanze atakwemererwa gusana inzu […]
Nkombo: Baribaza uko babaho mu gihe ubuyobozi bwahagaritse uburobyi mu Kiyaga cya Kivu
Abaturage bo ku Kirwa cya Nkombo bahangayikishijwe nâicyemezo cyo guhagarika ibikorwa byâuburobyi mu Kiyaga cya Kivu, aho aba baturage basanzwe batunzwe nâubu burobyi bavuga ko ubuzima bugiye guhagarara. Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwahagaritse ibikorwa by’uburobyi mu Kiyaga cya Kivu mu gihe cyâamezi 2 kugirango ngo umusaruro urusheho kwiyongera, mu gihe abaturage batuye ku kirwa cya Nkombo […]
Bishop Muthoka yafashwe nâumugore we asambana nâumukozi wo mu rugo
Bishop Musyoki Muthoka wo mu itorero rya Jesus Liberation Ministry International, aherutse gufatwa nâumugore we yihugitse nâumukozi wabo wo mu rugo barimo gukora imibonano mpuzabitsina. Uyu mugore yatangarije itangazamakuru ko ubusanzwe yajyaga akeka ko umugabo we akora imibonano mpuzabitsina ariko akabura uko agaragaza ibimenyetso ko babikoze. Gusa mu minsi ishize ngo nibwo uyu mugore yasanze […]
Ugisha inama: Nasambanye nâumukobwa none igitsina cyanjye ntikibasha gufata umurego
Amazina yanjye nasanze atari ngombwa kuyatangaza kuko ndumva byambangamira, ariko nyine ndifuza ko nanjye mungira inama. Umwaka ushize nibwo nasambanye nâumukobwa ariko biba nafimfite gahunda yo kuzarongora uyu mwaka. Uyu mukobwa twasambanye ntabwo ari we twagombaga kurushingana ariko hari hashize igihe kinini tuziranye nk’inshuti zisanzwe, kuva natangira gutegura gahunda zâubukwe, igitsina cyanjye ntabwo kikibasha gufata […]
Wajyaga ugura Telefoni ntumenye ko ari Orginal cyangwa pirate? Ibi bizagufasha
Uko ikoranabuhanga rirushaho kuvuduka niko ibikoresho byâumwimerere birushaho gukwirakwizwa, ariko nanone ibyâibyigano niko birushaho kurenga imipaka hagamijwe kwikubira amasoko hirya no hino. Muri ibyo bikoresho byâikoranabuhanga bikomeje gukwirakwizwa ku masoko, higanjemo Telefoni bikunze kugora abantu kumenya iziganwe nâizumwimerere bigatuma abantu basigara mu bukene kubera guhora bagura umunsi ku wundi igihe baguze izo za pirate. Niba […]
U Rwanda rwasabwe gutanga umusimbura wa Bazivamo muri EALA
Nyuma yâaho Umunyarwanda Christophe Bazivamo agiriwe Umunyamabanga Mukuru Wungirije wa EAC yari asanzwe mu Nteko Ishinga Amategeko yâuyu muryango (EALA), iyi nteko yandikiye ubuyobozi bwâu Rwanda ibusaba gutanga umuntu uzasimbura Bazivamo. Nyakubahwa Bazivamo yagizwe uwungirije Umunyamabanga Mukuru wa EAC mu nama ya 17 idasanzwe yâabakuru bâibihugu bigize uyu muryango yateraniye I Dar es Salaam muri […]
Mu Bufaransa hari kubera imurikagurisha ryâibitwaro byakoreshejwe mu Ntambara ya 2 yâIsi
Mu mujyi wa Catz mu Bufaransa hari kubera cyamunara yâibimodoka byâintambara nâibindi bikoresho bya gisirikare byakoreshejwe mu Ntambara ya Kabiri yâIsi yose mu rugamba rwa Normandie. Ibyinshi muri ibi birwanisho byakoreshejwe ku munsi uzwi nka D-Day, ubwo ingabo zishize hamwe zarwanyaga u Budage zagabaga igitero ku nkengero za Normandie cyo kubohoza amajyaruguru yâuburengerazuba bwâu Burayi […]
Burundi: Abasirikare (EX FAB) bakomeje kwicwa no gushyirwa ku ngoyi
Impuzamashyaka CNARED, yagaragaje impungenge iterwa nâumubare munini wâabasirikare bahoze barwanira igihugu (EX FAB) mbere y’amasezerano yo muri 2005, bakomeje gutabwa muri yombi bamwe bakanicwa, ko ibyo ari ikimenyetso cyâuko hashobora kubaho ibara. Nkâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa CNARED, bashyizeho urutonde rwâamafoto ya bamwe mu bishwe muri iyi minsi nâabandi bafashwe nâinzego zâumutekano mu […]
PDP-Imanzi irashinja igipolisi guta muri yombi umuvugizi wayo mu Rwanda
Ishyaka PDP-Imanzi rivuga ko ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda ariko rikaba ritemerewe no gukorera mu gihugu, riravuga ko uwari umuvugizi waryo mu Rwanda, Jean Marie Vianney Kayumba, yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, itariki 18 Nzeri 2016 ngo ku mpamvu zitaramenyekana. Nubwo rivuga gutya ariko, iri shyaka mu itangazo ryashyize ahagaragara ritabariza […]
Nyagatare: Aborozi baratabaza Leta ko yabasha kubaka uruganda rwâibiryo byâinka
Aborozi bo mu murenge wa Nyagatare mu ntara yâIburasirazuba baratabaza Leta, nyuma yâuko kubona ibiryo byâinka bibagoye bituma umukamo utuba. Abaturage bo muri uyu murenge bavuga ko bahisemo korora kijyambere ariko bakagira imbogamizi ko bajya gushaka ibiryo byâinka mu karere ka Rwamagana cyangwa i Kigali bibahenze. Ibyo bituma batakambira ubuyobozi basaba ko babafasha kubaka uruganda […]
Gen. Musemakweli yagize icyo asaba ingabo zâu Rwanda ziri muri MINUSCA
Umugaba mukuru wâingabo zâu Rwanda, Major Gen. Jacques Musemakweli mu cyumweru gishize yasoje uruzinduko rwâiminsi 5 yagiriraga muri Centrafrica aho yari yasuye ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Loni. Mu rugendo rwe, kuwa 13 Nzeri 2016, Gen. Musemakweli yasuye Maj. Gen. Sidiki D Traore, wungirije umugaba mukuru wâingabo ziri muri MINUSMA. […]
RDC: Abaturage batwitse ukekwaho ubujura ari muzima banatwika ibiro bya polisi
Abaturage bâahitwa Kavumu muri Teritwari ya Kabare ho muri Kivu yâAmajyepfo, bafashe umujura bahita bamutwika ari muzima kuri iki Cyumweru, itariki 18 Nzeri 2016, nyuma yo kumufatana ihene yari yibye nkâuko amakuru aturuka aha hantu avuga. Uyu mujura ngo akaba yarafashwe nâurubyiruko saa kumi za mugitondo, ajyanwa ku biro bya polisi ya Kavumu. Iyi nkuru […]
Gasabo:Umugabo yafatanywe amafaranga yâamiganano
Polisi yâu Rwanda irakangurira abaturarwanda kwirinda icyaha cyo gukora no gukwirakwiza amafaranga yâamiganano, kandi bakagira uruhare mu kubirwanya batanga amakuru yâababikora. Ubu butumwa butanzwe kubera ko hari abayafatanwa hirya no hino mu gihugu. Urugero rwa hafi ni urwo mu karere ka Gasabo, aho Polisi yafatanye Rutikanga Philbert ibihumbi icyenda byâamafaranga yâu Rwanda yâamiganano agizwe nâinoti […]
Rooney yagereranyijwe nâimbwa ishaje nyuma yâuko Man Utd itsindwa na Watford
Rutahizamu wa Machester United Wayne Rooney yagereranyijwe nâimbwa ishaje yurira igikuta ikagwa, nyuma yo gutsindwa na Watford ibitego 3-1 kuri icyi Cyumweru. Ibi byagarutsweho nâabafana ba Man U mu butumwa banyujije ku rubuga rwa Twitter aho bibasiye uyu mugabo ko ntacyo akora nka Capiteni wâiyi kipe ngo itange umusaruro mu maguru mashya. Uwiyita Copa 90 […]
âAbanyapolitiki bigwizaho imitungo bararye bari mengeâ ICC
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha(ICC) yibukije Abanyapolitiki bakigwizaho imitungo nâabagira uruhare mu iyangizwa ryâibidukikije ko igiye gushyiramo imbaraga mu kubakurikirana. Ibi byagarutsweho nyuma yâuko hagiye hagaragara abayobozi bâibigo bitandukanye nâAbanyapolitiki bigwizaho ubutaka babwambuye abaturage abandi bakagira uruhare mu kwangiza ibidukikije. Nyuma yâuko abacamanza bâuru rukiko basuzuma ko abaturage barenganywa nâabayobozi bamwe na bamwe babaka imitungo yiganjemo ubutaka, […]
Igitero ku birindiro byâingabo cyishe abasirikare 17 i Kashmir
Abantu bitwaje intwaro mu gihugu cyâu Buhinde kuri iki cyumweru bateye ibirindiro byâingabo biherereye mu gace ka Uri muri Kashmir bica abasirikare 17 abarenga 30 barakomereka. Bane muri abo barwanyi bahise bahasiga ubuzima, bakaba bari bitwaje imbunda na grenade bateye mu gace ka Uri kegeranye nâumupaka wa Pakistan banatwika amazu. Iki gitero gikomeye kibaye mu […]
Perezida Kagame mu cyumweru cyâakazi kenshi muri Leta zunze ubumwe z'Amerika
Perezida kagame nâabandi bakuru bâibihugu bigize umuryango wâabibumbye bagiye gukoranira i New York muri leta zunze ubumwe zâAmeriak ku cyicaro cyâUmuryango wâAbibumbye (UN), mu Nteko Rusange izareba mu nguni zose zâibibazo byugarije Isi. Biteganyijwe ko Perezida Kagame azatanga ikiganiro muri Kaminuza ya Yale kuwa Kabiri tariki 20 Nzeri. Bimwe mu bibazo byugarije isi bizigirwa muri […]
Musore, nâubona umukobwa akugaragariza ibi bimenyetso uzamenye ko yagukunze agatinya kubikubwira
Nkuko bimenyerewe ko igitsinagore kitajya gikunda gutinyuka ngo cyerurire abagabo cyangwa abasore kibasaba urukundo, ariko hari ibimenyetso bemwe na bimwe bakunda gukora bigasimbura amagambo bari kuvuga, gusa hari abasore batajya basobanukirwa nâibyo bimenyetso. Ibi bimenyetso nâubitahura ku mukobwa nta gushidikanya uzamenyeko yatinye kubanza ku kubwira ko agukunda: Indoro akureba Mugihe muri ahantu hihereye, indor0 ye […]
Kabarondo:Umuryango wari waribwe umwana washimiye abagize uruhare mu kumugarurirwa
Muri iki cyumweru nibwo hamenyekanye inkuru y’umudamu witwa Mukanzabarushimana Epiphanie wibye umwana wa Nyirandikubwimana Ernestine utuye mu mudugudu wâUmucyo, akagari ka Rusera Umurenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza mu Burasirazuba bwâu Rwanda bahuriye mu isoko. Uyu mugore wibye umwana yatawe muri yombi ndetse uwo mwana ashyikirizwa ababyeyi be baboneraho gushima abagize uruhare mu kumubagarurira kuko […]
Amerika yibeshye ku bitero byâindege yica abasirikare 80 ba Syria
Ingabo za leta zunze ubumwe zâAmerika ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro no kurwanya leta ya Bashir al Asade zibeshye mu kugaba ibitero byâindege kuwa Gatandatu 17 Nzeri 2016 zica abasirikare ba leta bagera kuri 80 abandi 120 barakomereka nkuko byatangajwe nâindorerezi yâumuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) muri iki gihugu. Aya makuru yemejwe nâubuyobozi […]
Rubavu: Abashidukira gukora magendu nâ abasanzwe bayikora bahagurukiwe
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu iratangza ko yafashe ingamba zitandukaye zo kurwanya magendu muri aka karere ndetse nâibindi byaha bihagaragara birimo icuruzwa ryâibiyobyabwenge nkâurumogi, kanyanga, magendu yâibicuruzwa bitandukanye ndetse nâabantu bava cyangwa bajya mu Rwanda no mu gihugu cyâabaturanyi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nta byangombwa bafite. Umuyobozi wa Polisi yâu […]
Abapolisi 200 bo mu mutwe ucuranga barangije amahugurwa
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda,IGP Emmanuel K.Gasana, ejo yashoje icyiciro cya kane cy’amahugurwa y’abapolisi 200 bo mu mutwe w’umuziki muri Polisi y’u Rwanda, ku ishuri rya Polisi ry’i Gishari mu karere ka Rwamagana. Abashoje amahugurwa y’amezi atatu bigishijwe n’abapolisi bo muri Namibiya,mu rwego rw’ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi. Asoza aya mahugurwa,Umuyobozi wa Polisi […]
Burundi: Abana 80.000 Ntibaziga Uyu Mwaka
Ababyeyi bo mu Burundi bahangayikishijwe nâabana babo batazajya kwiga muri uyu mwaka bitewe nâakajagari katewe ngo no kuvugurura ireme ryâuburezi cyane cyane mu mashuli yisumbuye. Ibi byatumye abanyeshuri 80.000 batazajya kwiga uyu mwaka, ibintu byateje impugenge ku babyeyi bakavuga ko abana babo bashobora kuba indaya abandi bakaba ibisambo. Umubyeyi wo muri zone ya Kanyosha mu […]
Onesme yafashije APR kwegukana igikombe isezereye Vita Club
Ni mu irushanwa ryateguwe na AS Kigali ryari rimaze iminsi ribera mu Rwanda ku bufatanye nâumujyi wa Kigali, aho APR Fc yatwaye igikombe isezereye Vita Club yo muri Congo ibifashijwemo na Onesme Twizerimana. Nyuma yo gukina iminota 90 isanwe yâumukino ntibigire icyo bitanga hakongerwaho indi minota 30 , nibwo rutahizamuzamu Twizerimana Onesme yaboneje umupira mu […]
Ubuzima bwâabana bo muri Venezuela buteye impungenge
Amafoto agaragaza ubuzima bubi abana bo mu gace ka Half muri Venezuela babayemo yateye benshi impuhwe kubera uburyo bamwe mu bana bagaragaza guta ibiro bikabije kugeza aho umwana wâimyaka 5 apima ibiro munsi ya 5 nkuko byagaragaye kâuwitwa Maria del Carmen Chourio. Ibura ryâibyo kurya muri iki gihugu giherereye ku mugabane wâAmerika yâepfo ryagize uruhare […]
Agaciro k'ifaranga ry'u Rwanda uyu munsi
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Umuryango wareze abana bavutse bafatanye urishimira intambwe umuze kugeraho-AMAFOTO
Umuryango wemeye kurera abana bavutse bafatanye nyuma yo gutabwa nâababyeyi babo, urishimira intambwe umaze kugezaho abo bana ugashimira nâabawubaye hafi. Uyu muryango nyuma yo kwemera kurera abana batatu babiri bakaba baravutse bafatanye ariko nyuma bakaza kubatandukanya ku buryo buri umwe yasigaranye ukuguru kumwe , bagaragaje ibyishimo byâuko abo bana bamaze kwigira ejuru kandi ntakibazo bafite. […]
Igisirikare cyâUbwongereza cyanenzwe ko kitabasha kwitabara umwanzi ateye
Umwe mu basirikare bo ku rwego rwo hejuru mu Bwongereza yaburiye Leta avuga ko igisirikare cyabo kititeguye ku buryo cyarinda igihugu habayeho igitero gikomeye. General Sir Richard Barrons wahoze mu bakomando b’igisirikare cyâUbwongereza wasezerewe muri Mata uyu mwaka avuga ko gihagaze nabi muri iki gihe. Ibi yabitangaje mu rwandiko yanditse mbere yâuko ajya mu kiruhuko […]
Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano
Nyuma yâaho leta yongereye umusoro ku myambaro nâinkweto byinjizwaga mu gihugu byarakoreshejwe bizwi nka caguwa cyangwa sekeni, abaturage ntibahwema kugaragaza akababaro batewe nâubushomeri no kubura iyi myambaro byatewe nâuyu mwanzuro; aho bamwe babigereranya no gukora amahano. Uyu mwanzuro ntiwagize ingaruka ku baturage gusa bataka ko iyi myambaro yari ingenzi kuri rubanda rugufi, kuko na leta […]
Uganda: Imbunda ebyiri zatahuwe mu rusengero
Polisi mu gihugu cya Uganda yemeje amakuru avuga ko batahuye imbunda ebyiri mu rusengero ruyoborwa na Pastor Samuel Kakande, bamwe mu bayobozi barwo bakaba yatawe muri yombi. Izi mbunda zo mu bwoko bwa AK47 zabonwe mu rusengero ruherereye mu gace ka Kubbiri Mulango, umuvugizi wa polisi muri aka gace, Emilian Kayima akaba ari we wemeje […]
Abanyacyangugu bangwaga urunuka na Habyarimana bahojejwe amarira na Perezida Kagame
Mu gihe abaturage batuye mu cyahoze ari Perefegitura ya Cyangugu bavuga ko perezida Habyarimana Juvenal yabahozaga inyuma yâigihugu cyabo kandi bakirimo, ubu bishimira uburyo Perezida Kagame abitayeho anabageza ku iterambere. Abatuye mu karere ka Nyamasheke, kamwe mu turere duherereye mu cyahoze ari Cyangugu, bavuga ko imvugo Perezida Habyarimana yakoreshaga âBanyarwanda, banyarwandakazi namwe Banyacyangugu nshuti zâu […]
Umwana yemerewe gupfa mu Bubirigi amaze kubyisabira
Umwana wo mu gihugu cyâ u Bubirigi utatangajwe amazina nâumwirondoro we bivugwa ko yafashijwe gupfa, bukaba ari ubwa mbere kuva hatowe itegeko ryemerera gusaba kwicwa, abana barwaye uburwayi budakira. Ibitangazamakuru byo mu Bubirigi bivuga ko imyaka y’uwo mwana nâigitsina cye bitazwi gusa bikemeza ko yari ararwaye indwara idakira nkuko BBc dukesha iyi nkuru ibitangaza. Ububirigi […]
Gen Major Alex Kagame yaburiye abashaka guhungabanya umutekano wâu Rwanda
Mu kiganiro ubuyobozi bwâintara yâIburengerazuba bwagiranye nâabaturage, bwabakanguriye kwirinda kujya mu bikorwa byo guhungabanya umutekano, bakaba baragarutse cyane ku karere ka Ngororero kabonye umutekano bigoranye ko batazakundira uwo ari we wese washaka kuwuhungabanya. Muri icyo kiganiro cyabaye ku wa 15 Nzeli 2016, Gen Major Alex Kagame, umuyobozi wâingabo mu ntara yâIburengerazuba, mu ijambo yagejeje kuri […]
Ese Abami bâImishumi nâAbibitekerezo bari batandukaniye he? Sobanukirwa
Mu gihe cyâingoma ya Cyami u Rwanda rwayobowe nâibyiciro byâabami bitatu ariko twebwe turibanda ku byiciro bibiri aribyo Abami bâImishumi nâAbami bâIbitekerezo tunarebere hamwe aho bari batandukaniye. Ubusanzwe Abami bâUmushumi bakomoka kuri Gihanga Ngomijana mwene Kazi wâikimanuka ndetse hakaza nâabami bâibitekerezo bakomoka kuri Ruganzu Bwimba wari umwami wâumushumi. Mu Nganji Kalinga, Alex Kagame umuhanga mu […]
Ushobora kwanga kumenera amaraso u Burundi imbwa zikazayanywera ubusa- Mè Rufyikiri
Aya ni amwe mu magambo yatangajwe na Rufyikiri Isidore, umuyobozi wâishyaka MORENA, ubwo yakanguriraga Abarundi bose guhaguruka bagatinyuka bakibohora ingoma ya Nkurunziza nâagatsiko ke. Ati: âBarundi barundikazi mugire amahoro, tumaze umwaka urenga tugoswe kandi twibasiriwe nâagatsikoâŚ, abana baricwa, abagore nâabagabo, abasirikare nâabasivile bazira urwango nâububisha bwigishijwe nâiri shyaka (CNDD FDD). Akomeza avuga ko aba bicwa […]
Uwahoze ari minisitiri wâintebe wa Burukina Faso akurikiranyweho ubwicanyi
Luc Adolph Tiao wabaye minisitiri wâintebe wa nyuma ku ngoma ya Blaise Compaore wahoze ayobora Burkina Faso yafunzwe nâinzego zâumutekano akurikiranyweho kugira uruhare mu iyicwa ryâabaturage mu myigaragambyo yamagana leta mu 2014. Armand Ouedraogo ukuriye ubushinjacyaha mu rukiko rukuru rwa Burkina Faso yabwiye ibiro ntaramakuru byâabafaransa ko Tiao yafashwe agafungwa kubera uruhare akekwaho mu iyicwa […]
Gutura mu nzu ntoya byatumye umugore azinukwa akabariro ngo adahabwa inkwenene kubera kuryoherwa
Umugore aratabaza ngo bamugire inama yâicyo yakora nyuma yâuko yanze gukora imibonano mpuzabitsina nâumugabo we kubera ubuto bwâinzu batuyemo ituma abavandimwe bumva ko yaryohewe igihe bari muri icyo gikorwa. Uyu mugore utifuje ko izina rye ritangazwa yavuze ko yasabye umugabo we ko bakwimukira mu nzu nini aranga, kugeza ubwo afashe umwanzuro wo kumwangira gutera akabariro […]
Karongi: Abantu batatu bahitanywe nâinkuba
Imvura yaguye muri Karongi ku mugoroba wo ku itariki 16 Nzeli 2016, yahitanye abantu batatu bakubiswe nâinkuba mu murenge wa Bwishyura uherereye mu karere ka Karongi. Iyi mvura idasanzwe yaguye hafi igihugu cyose yahitanye inka ndetse inasenya amazu atatu muri aka karere. Umuyobozi wungirije wâAkarere ka Karongi ushinzwe imibereho myiza yâabaturage, Mukashema Drocelle yatangarije Kigalitoday […]
Ibitangazamakuru bikomeje guhanwa umusubizo ku ngoma ya Magufuli
Leta ya Tanzaniya yatangaje ibihano byahawe amaradiyo abiri yari yafunzwe mu kwezi gushize azira gutangaza inkuru zitishimiwe nâubutegetsi. Radio 5FM ikorera Arusha na Magic FM ikorera Dar es Salaam zari zafunzwe mu mpera za Kanama 2016 zishinjwa gutangaza ibidafitiye umumaro rubanda, Kuwa gatanu Magic FM ikaba yarakomorewe kongera gukora ariko igasaba imbabazi perezida Magufuli nâabaturage. […]
Sauti Sol yahishuye impamvu ishingiraho ko Kagame ariwe muperezida wa mbere Afurika ifite
Itsinda rya Sauti Sol ribarizwa mu gihugu cya Kenya, nyuma yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu taliki 16 Nzeri 2016, ryahishuye ko Perezida Kagame ari we muperezida wa mbere muri Afurika bitewe nâibikorwa byivugira yagejeje ku Banyarwanda. Aba baririmbyi bibumbiye muri iri tsinda babitangaje mu kiganiro bagiranye nâitangazamakuru kuri uyu wa gatanu, nyuma […]
Ruhango: Gutanga serivise hifashishijwe âIremboâ wabaye umuhigo mu mirenge yose
Abakozi bâimirenge igize Akarere ka Ruhango bafite inshingano zirebana nâubutaka, imiturire, ibikorwa remezo na notariya mu byâubutaka, hamwe nâabashinzwe irangamimerere bahigiye gutanga serivise zitangwa na Leta hakoreshejwe âIremboâ nkâigikoresho gikoranye ubuhanga cyifashishwa mu rwego rwo gusaba, no kwishyura serivise zitangwa muri Leta. Hari mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro, ku rwego rwâAkarere ka Ruhango, gukoresha […]
Nyanza: Ikoreshwa ryâibiyobyabwenge mu mashuri ryahagurukiwe
Mu rwego rwo guhangana nâikoreshwa ryâibiyobyabwenge cyane cyane mu rubyiruko, Polisi yâu Rwanda ,ku italiki ya 15 Nzeli, yakomereje ubukangurambaga bwo kurwanya ibyaha nâikoreshwa ryâibiyobyabwenge mu banyeshuri bagera kuri 861 bo mu turere twa Nyanza na Rwamagana, ibahamagarira kuba mu bayobozi bâuru rugamba. Ubu butumwa bwatanzwe nâabashinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi nâabaturage mukurwanya ibyaha muri […]
Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba inka 10 mu karere ka Nyagatare
Abagabo batatu bafungiye kuri Sitasiyo ya polisi ya Kayonza iherereye muri aka karere nyuma yo kubafatana inka icumi bakekwaho kwiba mu karere ka Nyagatare mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri. Rugema Fred, Rutikanga James na Mutaganda Celestin ni bo bakekwaho kuziba mu rwuri ruherereye mu murenge wa Karangazi, bakaba barafatiwe mu murenge wa Gahini, […]
Musore,dore inama wakurikiza ugakundwa nâigitsinagore
Muri sosiyete tubayemo , usanga abasore bifuza gukundwa nâabakobwa cyangwa abagore ariko bigahira bamwe abandi ugasanga ntibibakundiye bitewe nâimpamvu runaka akenshi batiyiziho, nyamara hari inama bashobora gukurikiza bakigarurira imitima yari yarabataye ishyanga. Nâubwo hari abasore cyangwa abagabo bisanga bafite igikundiro aho bageze hose biteye nâimiterere cyangwa imimerere yabo, hari abo usanga batabyaza ayo mahirwe umusaruro, […]
Bashyize ingurube ku nteko ishingamategeko mu kwerekana umururumba wâabadepite
Abadafite akazi bo mu gihugu cya Uganda bitwaje ibibwana byâingurube mu gikorwa cyo kwigaragambya cyabaye kuwa 15 Nzeri 2016 babisiga ku biro byâinteko ishingamategeko yâiki gihugu bagamije kugaragaza ko abagize inteko ishingamateko ari abanyamururumba. Polisi yâiki gihugu yatangaje ko yafashe Ferdinand Luta na Joseph Mubiru nâabandi bari bafatanyije mu kujugunya ibibwana bigera ku icumi ku […]
Nyabugogo: Kwishyura ukoresheje ikarita muri bus byagereranyijwe nâibiryabarezi
Amarira, agahinda no kwivovota nibyo byarangaga bamwe mu bagenzi batega imodoka kuva Gatsata na Kimisagara zerekeza muri gare yo mujyi wa Kigali, nyuma yo kubashyiriraho uburyo bwo kwishyura ukoresheje ikarita y’urugendo ya Tap and Go , bamwe bakaba babugereranyije nâIbiryabarezi. Ibi bikaba byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Nzeli 2016, […]
Umugabo aratabariza Inzoka ishaka kumusambanya
Mu gace ka Sogola mu gihugu cya Zimbabwe, umugabo yatabaje abaturanyi be ngo bamufashe kwicha no gutwika inzoka babanye igihe kirekire, ikaba yaramusambanyirizaga umugore ndetse n’umukobwa bakiriho none ikaba ishaka kumusambanya nawe ubwe. Uyu mugabo uzwi ku izina rya Amos Mnkandla avuga ko iyo nzoka nyuma yo kujya isambanya umugore we n’umukobwa we aribwo bapfuye, […]
Imvura yâamahindu yahitanye abantu 7 mu majyepfo yâu Bushinwa
Umuyaga ukomeye wahawe izina rya Meranti wibasiye amajyepfo yâIburasirazuba bwâu Bushinwa nâigice cya Taiwan kuva ejo kuwa 15 Nzeri 2016, umaze guhitana abagera ku munaniunangiza ibikorwaremezo bitandukanye ndetse hari nâabandi benshi baburiwe irengero. Uyu muyaga ukaze wateje impanuka zitandukanye unahagarika ingendo nyinshi zâindege na gariyamoshi zateganyaga kwerekeza muri aka gace. Minisitiri wimibereho myiza yâabaturagi mu […]
Shanita, umuhanzi ukizamuka ashobora gupfa nyuma yo gukuramo inda
Shanita Namuyimbwa Bad Black umuhanzi ukizamuka muri Uganda atewe impungenge nâuko ashobora gutakaza ubuzima nyuma yo gukuramo inda akubiswe nâuwahoze ari umukunzi we. Amakuru agera kuri Bigeye, avuga ko Bad Black usanzwe akorera umuziki we mu gihugu cya Uganda,yakubiswe nâuwahoze ari umukunzi we kugeza ubwo avuye amaraso menshi agakurizamo gukuramo inda. Mu gitondo cyo kuri […]
Ese yaba ari Gen Prime Niyongabo urimo gutegura coup dâEtat yo kuvanaho Nkurunziza?
Nyuma yâigerageza rya Coup dâEtat yo ku wa 13 Gicurasi 2015, yo guhirika ku butegetsi Perezida Nkurunziza wâu Burundi, umwaka urenga wari ushize none kuri ubu inkuru zikomeje gucicikana ko harimo gutegurwa indi. Amakuru ava mu gisirikare cyâu Burundi, ni uko ubu harimo gukorwa umukwabo bamwe mu basirikare bakekwa bagatabwa muri yombi, nyuma yâuyu mwuka […]
Batatu batawe muri yombi bakekwaho gutwikira umusore mu itanura kugeza akongotse
Gakuru Daniel wâimyaka 22 ukomoka mu karere ka Muhanga yatwikiwe mu itanura ryâumuriro arashya arakongoka nyuma yo gutwika nâabagizi ba nabi bataramenyekana mu ijoro ryo kuwa kane ahagana saa mbili zâumugoroba. Uyu musore ukomoka mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe biravugwa ko yaba yatwitswe nâabakoraga kuri iryo tanura nubwo inzego zibishinzwe zitaremeza abihishe […]
Ese umugambi wa ISIS wo gutsinsura amatorero ya Gikristu izawugeraho?
Shiraz Maher witandukanyije nâumutwe wiyitirira Leta ya Kisilam, aherutse gutangaza ko uyu mutwe ufite umugambi wo kurimbura amatorero ya Gikristu iyo ava akagera. Uyu mugabo witandukanyije na ISIS yabwiye Charsima News ko yahamije ko uyu mutwe ufite intego yo kuzimya amadini ya Gikristu kuko ibyo yigisha ngo bihabanye kure nâibyo uyu mutwe ushaka. Hagendewe ku […]
Inkotanyi zatsinze FAR kuko politiki itajyanaga nâigisirikare- Gen Rwarakabije
Nâ ubwo ubuyobozi bukuru bwâ ingabo za FPR/ Inkotanyi bwari bugizwe nâ abagabo bafite ubunararibonye ku ntambara bitewe no kumenyera ntibyari bihagije kugirango basenye ingabo za Habyarimana kuko zari zarahuguwe bihagije. Umwe mu basirikare bakuru ba FAR ndetse wakurikiraga urugamba, Maj. Gen Rwarakabije yagiye asobanura ko icyatumye batsindwa byatewe nâuko igisirikare cyari ukwacyo na politiki […]
Kamonyi: Abaturage bâumurenge wa Ngamba bagiye kubakirwa Umudugudu wâicyitegererezo
Mu muhango wo gutangiza ukwezi kwahariwe imiyoborere ku rwego rwâakarere ka Kamonyi ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki 14 Nzeri 2016, ubuyobozi bwâakarere bwijeje abaturage b’umurenge wa Ngamba ko bagiye gutunganyirizwa Umudugudu w’icyitegererezo. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi Aimable UDAHEMUKA aganira nâabaturage bâumurenge wa Ngamba, Akagari ka Marembo ku munsi wo gutangiza ku mugaragaro ukwezi kwâimiyoborere […]
Ni “wowe” Imana ikeneye ntabwo ikeneye âtwebweâ
âUmuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye. Ibyiza ni uko yakwisuzuma mu murimo we ubwe, kuko ari bwo azabona icyo yirata ku bwe, atari ku bwa mugenzi we, kuko umuntu wese aziyikorerera uwe mutwaro.â ( Abagalatiya 6:3-5) Aha turabonamo abantu babiri: Wowe ( umurongo wa 3) Mugenzi wawe ( […]
Ese wari uziko hari abantu batemerewe kujya muri Sauna? Ese abo ni bande?sobanukirwa
Abantu benshi usanga iyo bumva umubiri wabo uremerewe ukaba utameze neza, bahitamo kugana Sauna ngo ibafashe kumererwa neza, nyamara ntibamenye ko hari ibyo bagomba kwitondera. Abanga mu byâubuzima bavuga ko kugirango ugane Sauna, nibura ugomba kuba ufite ububasha uhabwa na muganga igihe urwaye indwara runaka yakwibasiye. Izi nzobere mu byâubuzima by’umwihariko mu kugorora umubiri kandi, […]
Urukiko mpuzamahanga mu nzira zo gukurikirana abangiza ibidukikije
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rukorera mu Buhorandi (ICC) rwari rumenyereweho gukurikirana abanyapolitiki bakoze ibyaha byibasira inyokomuntu nâibyaha byâintambara ruratangaza ko rugiye gutangira gukurikirana abayobozi nâabandi bose bagira uruhare mu mikoreshereze mibi yâubutaka no kwangiza ibidukikije mu buryo bushobora guteza ibyago abaturage. Ibi byatangajwe nâubushinjacyaha bwâuru rukiko kuwa kane 15 Nzeri 2016 ko rugiye kwita cyane ku […]