Kiyovu Sports yishimiye ko itatsinzwe kibwa

Umukino wahuje Kiyovu Sports na Vita Cleb kuri uyu wa Kane taliki 15 Nzeli 2016, umutoza Kanamugire Aloys yivugiye ko ikipe ya Kiyovu yishimiye ko itatsinzwe kibwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yemeje ko n’ubwo batsinzwe babashije kwigaragaza ku buryo bukomeye, bitandukanye n’uko abantu bajyaga bavuga ko iyi kipe yarangiye. Muri uyu mukino wa […]

Rubavu: Abaturage ntibishimiye kugira kizimyamoto imwe mu ntara yose

Nyuma y’inkongi yibasiriye inzu y’umuturage (Habonintwali Silas) igashya igakongoka, Abaturage mu mujyi wa Gisenyi ho mu karere ka Rubavu baravuga ko batewe impungenge no kutagira imodoka zizimya umuriro izi zizwi ku izina rya kizimyamoto zihagije kuko mu ntara yose y’Uburengerazuba hari kizimyamoto imwe. Iki kibazo bakigaragaje nyuma y’impanuka y’inkongi y’umuriro yabaye mu ijoro ryo ku […]

Burundi: Umusirikare w’u Burundi yapfiriye mu biro by’iperereza

Igipolisi cy’u Burundi cyatangaje ko umusirikare w’u Burundi, adjudant Eddy Claude Nyongera yapfiriye mu biro by’iperereza nyuma yo gufatwa akorerwaho iperereza ku byaha yakekwagaho. Amakuru atangazwa na OP1 Pierre Nkurikiye, umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi avuga ko uyu musirikare yafashwe mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 15 Nzeli, ashinjwa guhungabanya umutekano w’igihugu. Akomeza avuga […]

Mahama: Impunzi z'Abarundi zakanguriwe kwirinda ibyaha

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iherereye mu karere ka Kirehe, zahawe ikiganiro na Polisi y’u Rwanda ku italiki ya 14 Nzeli, kikaba ari ikiganiro cyashishikarije izi mpunzi kwirinda ibiyobyabwenge, kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina , icuruzwa ry’abantu, kubungabunga ibidukikije n’ibindi byaha , haba mu nkambi ndetse no hafi yaho. Ni ikiganiro bahawe n’umuyobozi […]

Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge

Iyi ntero yagiye ishimangirwa cyane na Enoch Ruhigira wari Umunyamabanga Mukuru u Biro bya Perezida Juvenal Habyarimana mbere y’ uko indege yari umuzanye we na bagenzi be bavuye i Dar es Salaam muri Tanzania. Enoch Ruhigira yatangaje ko ku italiki 5 Mata ndetse no mu gitondo ku italiki ya 6 Mata 1994, Habyarimana yamuhamgaye ndetse […]

Abayobozi b’itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye

Abayobozi b’itorero rya ADEPR barasaba uwariwe wese wumva yasebya abayobozi b’itorero abeshya ko yabuze amakuru ko amarembo afunguye ko hari uburyo bwose wabonamo amakuru yose akenewe ku itorero n’abayobozi baryo. Ikiganiro cyatambutse kuri Radio ya hano mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeli 2016 cyatumye itorero rya ADEPR ribwira abarisebya ko ukuri kuzatsinda […]

Abanyamakuru baturutse mu bihugu 16 basuye urwibutso rwa Kigali-Amafoto

Abanyamakuru bari bateraniye mu nama ya Africa by Radio y’Iminsi 6 yabera mu Rwanda biyemeje kubwira isi ukuri kuri Jenoside yakore Abatutsi,nuburyo basanze abanyarwanda badasanzwe. Kuri iyi Tariki ya 15 Nzeli 2016 nibwo Abanyamakuru bava mu bihugu n’imigabane itandukanye biganjemo abakora ibijyanye n’iyogezabutumwa basuye urwibutso rwa Kigali ku Gisozi aho bari baherekejwe n’abayobozi bakuru b’itorero […]

Abakoreshaga amanyanga mu igurishwa ry’ifumbire akabo kashobotse

Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi iravuga ko uburyo bushya mu micungire no gukwirakwiza inyongeramusaruro binyuze muri gahunda ya nkunganire buzafasha mu guhangana n’abinjizaga ifumbire bakanayicuruza mu buryo budaciye mu mucyo, bikaba byanatezaga igihombo kitari gito kuri leta. Nyuma yuko igikorwa cyo kwinjiza mu gihugu no kugeza ku bahinzi inyongeramusaruro/ifumbire cyeguriwe inzego z’abikorera cyagaragayemo amakosa cyane cyane ashingiye […]

Filimi Nyarwanda “Imbaraga z’ubumwe” irashyirwa hanze kuri uyu wa Gatanu

Imbaraga z’ubumwe, filimi Nyarwanda yateguwe na HINES LTD ikaba ivuga ku kamaro ko kugira ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de santĂ©), irashyirwa hanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Nzeli 2016. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Umuhire Ines, umuyobozi wa HINES LTD, yatangaje ko yatekereje kuri iyi filimi ku bw’igitekerezo cyo gufasha leta gukangurira abantu […]

Umukobwa ukuze ashobora gukuna akagwiza?

Abakobwa benshi bakurira mu miryango itazi umuco wo gukuna bikaba ngobwa ko bakura badakunnye cyangwa badaciye imyeyo kandi abagabo babikunda cyane. Muri iki gihe, twahisemo kubashakira igisubizo kugirango nawe mukobwa wakuze utazi ibyo gukuna ubashe gusobanukirwa bituzashimshe umugabo wawe. kuri iyi ngingo, benshi bagiye batubaza niba gukuna ukuze byakunda kuko hari benshi batagiye babona ayo […]

David Cameron na Nicholas Sarkozy bazaryozwa Kadhafi n’ abaturage bakomeje kugorwa

Raporo iherutse kuva mu Nteko Nshingamategeko y’ u Bwongereza yibasiye icyemezo cy’ uwahoze ari Ministiri w’ Intebe, David Cameron ivuga ko ingabo zabo zitagombaga koherezwa muri Libiya kurwanya Kadhafi mu mwaka w’ i 2011. Iyo raporo igira iti:” Icyemezo cya Cameron na mugenzi we Sarkozy cyagendeye ku binyoma kuko nta bimenyetso bifatika byagaragajwe niyo mpamvu […]

Karongi: Abagabo 4 bafashwe bacukura gasegereti mu buryo bunyuranyije n'amategeko

Abagabo bane bafashwe na Polisi y’u Rwanda mu karere ka Karongi ku itariki 13 Nzeri bacukura Gasegereti mu buryo butubahirije amategeko mu gishanga kiri mu kagari ka Gitabura, ho mu murenge wa Twumba. Hafashwe Bangamwabo Martin, Nkurikiyinka Marc, Manirafasha Jotham na Nsekanabo Thomas, bakaba bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Twumba mu gihe iperereza ku […]

Urwenya: Seka kuko ni ingenzi

Abagabo babiri bari bicaye hafi y’ ingo zabo baganira bisanzwe, ni uko umwe abwira mugezi we ati:” Mfite umwana w’ ikigoryi nibaza ko nta wundi umeze nkawe nari nabona” Mugenzi we nawe , amusubiza ati:”Reka reka kandi winumire , uwo wawe ntiyaruta uwanjye ubugoryi reka nze mu mwanya muto mbikwereke”. Aba ahamagaye umuhungu we witwa […]

DRC: Umunyapolitiki Vital Kamerhe yifuza ko Perezida Kabila arekura atamennye amaraso

Perezida w’ishyaka UNC (Union pour la nation congolaise), Vital Kamerhe yatangaje ko bakwiye gukora ibishoboka byose Perezida Joseph Kabila agahabwa umwanya wo kuva ku butegetsi nta maraso n’amwe amenetse. Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hari ibiganiro bihuza abayobozi b’amashyaka n’izindi nzego mu gihugu, bagamije gushaka igihe amatora […]

Vestine, umukobwa ukora mu rugo ushaka umukunzi

Nitwa Vestine nkora mu rugo shaka umusore ufite urukundo w’inzobe cyangwa wi’mibiri yombi ufite akazi udafite umwana cyangwa abe yarigeze umugore kandi wakwemera gusezerana kandi tukakundana imyaka 2 tukabona gusezerana, ufite 1m75cm nanjye mfite 1m65cm, ufite ibiro 65 kugeza 85 nanjye fite73 ndirabura ariko si cyane utujuje ibyo ntiyirirwe ampamagara! murakoze nomero nanjye ni 0722477500/0723577500. […]

Perezida Museveni yizihije isabukuru y'imyaka 72 y’ amavuko

Kuri uyu wa Kane taliki ya 15 Nzeli 2016, nibwo Perezida Yoweri Kaguta Museveni yijije isabukuru y’ imyaka 72 y’ amavuko. Museveni w’ imyaka 72 y’ amavuko yabaye Perezida wa Uganda kuva ku ya 29 Mutarama 1986 nk’ uko bitangazwa n’ Ibiro bye. Gusa n’ ubwo Itegekonshinga rya Uganda ritemera ko manda za perezida zirenga […]

Ahatari umutekano nta mibereho myiza iba ihari- Mayor Monique Mukaruliza

Hatangizwa ukwezi kw’imiyoborere mu mujyi wa Kigali , umuyobozi w’umujyi wari umushyitsi mukuru muri uwo muhango waberaga muri Muhima, mu kiganiro yagiranye n’abaturage yabibukije ko nta mutekano bafite n’imibereho yabo itaba imeze neza, abasaba kuwubungabunga umwe akaba ijisho rya mugenzi we n’iry’ibye cyangwa ibya Leta. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Nzeli 2016, ubwo […]

USA: Perezida Kagame niwe uzayobora ibiganiro by’ inzobere mu iterambere

Ubunararibonye n’ amateka bya Perezida Paul Kagame byatumye atumirwa kuzatanga ikiganiro gisanzwe gitegurwa n’ Ikigega Mpuzamahanga cya Coca-Cola, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 20 Nzeli 2016. Iki kiganiro ngarukamwaka kizakurikiranwa n’ abantu benshi kizatangira sa Kumi n’ igice z’ umugoroba ku bufatanye n’ ikigo cy’ ubushakashatsi mpuzamahanga cyitiriwe Whitney na Betty MacMillan. […]

Gicumbi: Ubuyobozi bwiyemeje gukemura ibibazo by’abaturage bubasanze aho batuye

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Nzeli 2016, mu murenge wa Rushaki ubwo abayobozi b’akarere ka Gicumbi basuraga abaturage baho, babatangarije ko biyemeje kuzajya bujya kubakemurira ibibazo bubasanze mu ngo. Umuyohozi w’akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvenal kimwe na vice mayor ushinzwe ubukungu n’iterambere, Muhizi Jules Aimable hamwe n’abandi bayobozi, bagiye bagaruka kuri iyi ngingo […]

Ihurizo : Ese Gen.Niyombare ariho? Cyangwa yarishwe?

Nyuma y’ aho mu Burundi Gen. Adolphe Nshimirimana yiciwe, col. Bikomagu Jean akicwa ndetse n’ Umugaba Mukuru wa FDN Gen. Maj Prime Niyongabo akarusimbuka ntihagire igitangazwa, abantu batandukanye bakomeza kwibaza irengero rya Gen. Niyombare bikababera ihurizo. Mu mpera z’ umwaka w’ i 2015, byagiye bivugwa ko Gen.Niyombare kimwe na Adolphe Nshimirimana na Col. Jean Bikomagu […]

CECAFA: Amavubi y’ abagore yasezerewe na Ethiopia

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abagore yasezerewe mu irushanwa rya CECAFA nyuma yo gutsindwa na Ethiopia 3-2. Mu mukino wabaye ku wa Gatatu kuri Stade y’Ikigo cya tekiniki cy’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda (FUFA Technical centre), u Rwanda rwatsindiwe na DorothĂ©e Mukeshimana ku munota wa 45 na Sifa Gloria Nibagirwe ku munota 68, naho Ethiopia itsindirwa […]

Bujumbura: Uburenganzira bwa muntu bukomeje kubangamirwa-FDHI

Abakurikiranira hafi politiki y’ u Burundi bavuga ko uko iminsi igenda yicuma ni nako uburenganzira bwa muntu bukomeza guhungabanywa bitewe n’ ihohoterwa ndetse n’ iyicarubuzo bikorerwa abanyapolitiki ndetse n’ abaturage batifuza ingoma ya Perezida Pierre Nkurunziza. Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, FDHI utangaza ko kubona VISA kugira ngo winjire mu Burundi bisigaye bifata iminsi […]

Ese kirazira ko Mu Rwanda bimwe mu bikorwa remezo byahabwa amazina y'abantu bazwi mu mateka?

N’ubwo ntari inzobere mu mateka y’isi n’abayituye ariko nyakurikiranira hafi. Ukunze kumva umuntu yihanukiriye ati ; “Ariko isi we “! Ukamubaza uti ese isi ni iki ? Isi n’ibiyigaragiye rero tubonamo abantu n’ibindi biremwa byaba ku isi nyir’izina , byaba ibigize isanzure nk’ibiyimurikira nk’izuba , imibumbe n’ukwezi n’ibindi . Mu nyanja naho kandi n’inzuzi tuhasanga […]

Maj.Dr Rugomwa yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa gisirikare rw’i Nyamirambo rwakatiye Maj.Dr Rugomwa gufungwa by’agateganyo iminsi 30 nyuma yo gukurikiranwaho kwica Mbarushimana Theogene abanje kumukubita kumugira intere. Kuri uyu wa kabiri taliki 13 Nzeri 2016, Nibwo Maj. Rugomwa Aimable yagejejwe imbere y’urukiko akurikiranyweho urwo rupfu rw’uwo mwana, nyuma urukiko rwanzura ko imyanzuro y’urubanza ari kuri uyu wa Gatatu. Umwanzuru […]

Inzozi za Trey Songz zigiye gukabirizwa muri Kenya

Icyamamare mu muziki ukunzwe haba ku mugabane wa Afurika by’umwihariko muri Amerika, agiye gukabya inzozi ze zo kuza muri Afrika by’umwihariko muri Kenya nyuma y’igihe kinini atekereza kuhaza ariko ntibimuhire. Uyu muhanzi biteganyijwe ko azagera muri iki gihugu muri uku kwezi, nyuma yo gutumirwa na sosiyete y’ikinyobwa cya Coka Cola gusa igikorwa nyirizina kikazaba mu […]

Abaturiye ahacukurwa amabuye y’agaciro bagiye guhabwa inyungu iyakomokaho

Inama idasanzwe y’abaminisitiri yateranye kuwa 13 Nzeri yemeje ko abaturage batuye mu bice bicukurwamo amabuye y’agaciro bazajya bagenerwa kuri amwe mu mafaranga yinjijwe n’ibirombe by’amabuye y’agaciro agafasha mu bikorwa by’iterambere bigamije guhindura ubuzima bw’abahaturiye. Amafaranga angana na 10 % y’imisoro ku mabuye y’agaciro azajya ashyirwa mu kigega giteza imbere imishinga y’inzego z’ibanze (LODA) kugira ngo […]

Buri muturage wese agomba kugira ubwizigamire bw’igihe kirekire-Min Gatete

Mu kurushaho guteza imbere imibereho y’abaturage, leta igiye gutangiza uburyo buzafasha buri wese gutanga amafaranga y’ubwiteganyirize hatitawe ku kazi akora; kandi ubu buryo bukaza bubyarira inyungu abatanze ubwo bwizigame bijyanye n’ingano y’amafaranga batanze. Ubusanzwe abatangaga amafaranga y’ubwiteganyirize bw’izabukuru mu kigo cy’ubwiteganyirize bw’abakozi cya RSSB banganaga na 10% kandi bigakorwa n’abafite akazi gahoraho, ariko gahunda nshya […]

Dore ibinyoma 5 bikunda kwiganza ku bakundana

Kwinjira mu rukundo ni icyemezo buri muntu wese yihitiramo aho aba yiteguye guhangana n’ingaruka zivamo cyangwa kuryoherwa narwo igihe cyose bimuhiriye. Mu bushakashatsi bwagaragajwe n’abahanga mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu bavuga ko mu rukundo hakunze kugaragaramo ibinyoma bitandukanye kuri buri ruhande mu rwego rwo kwigarurira umutima w’umukunzi. 1.Sinigeze nkuca inyuma Iki ni ikinyoma gikunzwe kugaragara […]

Imbonerakure zifite impungege z'uko Perezida Nkurunziza ashobora kuraswa

Imbonerakure nk’urubyiruko rw’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi rushinjwa kwirirwa ruhanganye n’abarwanya Leta ya Nkurunziza, kuri ubu batangaza ko igihugu kinjiriwe n’abandi bantu ngo bashobora kubaca mu rihumye bakaba bakwica perezida Nkurunziza. Umwe mu Mbonerakure yagize ati: “ yohereje abandi bantu ngo barase perezida wacu, mugabo arebe neza hari igihe atahirwa, yohereje abantu bashyika 40 […]

Kamonyi: Abaturage barashinja abapolisi kubakubita iz'akabwana

Ubwo abaturage batuye mu murenge wa Mugina akarere ka Kamonyi bishyuzaga amafaranga bakoreye mu mushinga wo gutunganya igishanga cya Nyabarongo, bamwe bakubiswe nk’izakabwana, bakaba bavuga ko inkoni bakubiswe ari abapolisi yazibakubise. Ubwo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Nzeli 2016, abaturage babuzaga imodoka ebyiri kugenda, batambitse amabuye mu muhanda, bazihagaritse bishyuza […]

Uburusiya bwasobanuye icyateye umugezi guhinduka nk’amaraso

Mu cyumweru gishize nibwo inkuru zacicikanye mu binyamakuru bitandukanye byo ku isi ko umugezi wo mu Burusiya wahindutse amaraso, bamwe bavuga ko ari ibitangaza by’Imana, ko wahindutse amaraso, gusa Leta y’u Burusiya yasobanuye impamvu. Norilsk Nickel, ishyirahamwe rya mbere ku isi ritunganya ibikoresho bikozwe mu butare bwa nickel, ryemeye ko ryagize uruhare mu gutuma uyu […]

Ese amapfa ni yo yaba ari nyirabayazana yo kuzamuka kw’ibiciro ku gipimo cya 6,4%?

Mu kwezi kwa Kanama ibiciro byazamutseho 6,4% mu Rwanda uyu mwaka ugererenyije na Kanama 2015 nk’uko ikigo cy’ibarurishamibare cyabigaragaje, hakaba hakwibazwa niba nyirabayazana ari izuba ryacanye cyane cyangwa niba ari imikorere yabaye mike. Muri rusange, bimwe mu byatumye ibiciro bizamuka mu kwezi kwa Kanama 2016, ni ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byazamutseho 12.0%, ibiciro by’inzu, amazi, […]

Burundi: Umugore wa Col. Jean Luc Habarugira yatewe gerenade

Ku rugo rwa Petero Karaveri Mbonimpa, umukuru w’ ishyirahamwe APRODH, ruherereye i Bujumbura hatewe gerenade mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Nzeli 2016, ikomeretsa umugore wahiciraga akanyota. Iyo gerenade yatewe mu masaha ya saa mbiri z’ijoro, ikaba yakomerekeje uwo mugore ubwo yari mu kabari kari hafi y’urwo rugo ruri muri karitiye […]

Nyamagabe: Bane bafungiye kunyereza umutungo wa rubanda muri gahunda ya Girinka

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe ifunze abayobozi b’inzego z’ibanze bane bo mu mirenge ya Mbazi na Kibirizi kubera gucyekwaho kunyereza inka zo muri gahunda ya Gir’inka zagenewe imiryango itishoboye. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) AndrĂ© Hakizimana yavuze ko abo bayobozi bafashwe nyuma y’iperereza ryimbitse kuri […]

Kunganya na PSG muri Champions League bishobora gutuma Wenger agarurirwa ikizere

Kuri uyu wa kabari nibwo Arsenal yakoze amateka ubwo yanganyaga n’ikipe ya Paris Saint Germain bwa mbere muri UEFA Champions League kuva Wenger yatangira kuyitoza akaba ari nabwo aya makipe yari ahuye. Ibi byashimishije abafana ku buryo bukomeye nyuma y’uko uyu mukino wagiye kuba abafana bamaze kwishyiramo ko Arsenal igiye gutsindwa n’ikipe ifite amateka mu […]

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri village Urugwiro (ku wa 13/09/2016)

ITANGAZO RY’IBYEMEZO BY’INAMA Y’ABAMINISITIRI IDASANZWE YATERANIYE MURI VILLAGE URUGWIRO KUWA KABIRI TARIKI YA 13/09/2016 None kuwa Kabiri, tariki ya 13 Nzeri 2016, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 10 Kanama 2016. 2. Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe aho ingamba […]

Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo?

Mu gihe mu mwaka w’ i 1988, u Rwanda rwizihizaga isabukuru ya 25 rwari rumaze rubonye ubwigenge rwari igihugu cyo nyine ku Isi kitagira Televiziyo ariko ibyo ntacyo byari bibwiye abaruyoboraga. Mu kiganiro Perezida Maj. Gen Habyarimana Juvenal yagiranye n’ abanyamakuru b’ Abasuwisi ubwo bamubazaga impamvu igihugu cye kitagira televiziyo, Yagize Ati:” Turakennye cyane niyo […]

Ugisha inama: Umusore wamuteye inda akomeje kumutegeka kuyikuramo

Nitwa Latiffa, mfite imyaka 22, umusore w’inshuti yanje yanteye inda ubu ifite amezi 4 n’iminsi mike, ariko akomeje kunyumvisha uburyo ngomba gukuramo iyi nda ko aribwo yakomeza kunkunda. Nakomeje kumubaza impamvu ashaka kunshora muri iki cyaha ubugira kabiri nyuma yo gusambana nawe akambwira ko aho aba nibamenya ko yateye inda bazahita bamwirukana kandi ariho ubuzima […]

Ruganzu Ndori abungira i Karagwe k’Abahinda kwa nyirasenge Nyabunyana, igice cya II

Kavuna yiyahura Ndori amaze kugera mu ruzi hagati, abwira Kavuna gusubira inyuma ngo ajye kubwira nyirasenge Nyabunyana ngo amuhe ibintu yari yibagiwe. Amaze kugenda, Ndori ategeka umusare kutamwambutsa. Ageze kwa Karemera, Nyabunyana amurabutswe aherako amenya ko Kavuna aciriwe ishyanga, aherako abimubwira. Kavuna agarutse ageze ku ruzi, umusare yanga kumwambutsa. Kavuna ahereko afata icumu rye, umuheto […]

Menya ibintu wakwitaho ugakundana n’umukunzi wawe ubuziraherezo

Urukundo burya ntawe rutaryohera. Usanga uko ibihe bishira ibindi bigataha, abatari bakeya bababazwa n’uko batabasha kwikundira abantu babo ngo birambe, abandi bakibaza impamvu bakunda abantu nyuma y’igihe gito bagahita bumva batakibakunze. Inyandiko igaragaza uko mwiyumva ku mpande zombi Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’abanyamerika ku byatuma urukundo rukomera kandi rukaryoha, byagaragaye ko mubakundanaga (couple) 86, icyakabiri […]

Light Gospel Choir yateguye igitaramo kitezweho gufasha abakristo kuguma ku rufatiro rw’ukuri

Light Gospel Choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Bethesda Holy Church yateguye igitaramo kitezweho kwibutsa abantu ko urufatiro rw’ukuri rugihari ntaho rwagiye. Iki gitaramo kije gufasha Abakristo kumenya buryoki bakwiye kwigobotora urujijo rusigaye rwiganje muri iyi minsi cyane mu ivugabutumwa, bityo bamenye ko imbaraga z’Imana z’ikiri mu bakozi bayo. Mu kiganiro na Bwiza.com, Rutagengwa […]

Uburyo 6 umugabo yaryoherezamo umugore we mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Kutageza umugore ku byishimo bya nyuma(kumupfuba) ahanini biterwa n’impamvu nyinshi, intege nke z’umugabo, ubumenyi buke bwo gutera akabariro, uburwayi se bwo kurangiza vuba,…gusa mugabo ugomba kumenya ko utagomba kuza winziza igitsina cyane mu cye ngo urangize wigendere, nawe aba akeneye kuryoherwa. Uburyo 6 bwagufasha, mugabo: 1. Jya ubanza umutegure bihagije, umutegure umwanya kandi wirinde gutangira […]

USA: Hillary Clinton akomeje kuremba, azasimburwa na nde?

Kuva ku italiki 11 Nzeli 2016, Abanyamerika batangiye kwibaza uko bizagenda mu gihe Hillary Clinton azahajwe n’ indwara y’ ibihaha ikamubuza gukomeza guhatanira umwanya wa Perezida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora ateganyijwe mu Ugushyingo 2016. Uko politiki yo muri Amerika ihagaze kugeza magingo aya, nta wundi muntu wabuza Hillary Clinton kwiyamamaza keretse […]

Mbabazi Lilian agiye kuza gutaramira Abanyarwanda

Umunyarwandakazi akaba n’Umugandekazi, Mbabazi Lilian agiye kuza gutaramira Abanyarwanda mu ihuriro rya Kigali Jazz conjuction ku y’indi nshuro yaryo. Ni mu gitaramo giteganyijwe kuri uyu wa 30 Nzeli 2016 muri Selena Hoteli aho biteganyijwe ko uyu muhanzikazi azasusurutsa ku buryo burushijeho kunogera buri wese. Remmy Lubega, umuyobozi wa RG ari nayo itegura Kigali Jazz Conjuction […]

Imyitwarire ya Pierre Nkurunziza ntishobora gufasha Abarundi – Domitien Ndayizeye

Nyuma y’ aho Perezida Pierre Nkurunziza yanga kwitabira inama y’ Abaperezida bagize Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC), Domitien Ndayizeye wahoze ayobora u Burundi asanga bitazagwa Abarundi amahoro. Mu ijambo rye, Senateri Ndayizeye yagize ati:’ Nta biganiro by’ ukuri bishobora kubaho mu Burundi mu gihe impande zombi zitazahura cyane Perezida w’ igihugu atabyifuza ”. Ibi […]

Ruhango: Abaturage bakanguriwe kwitabira umugoroba w'ababyeyi

Polisi ikorera mu mu karere ka Ruhango irakangurira abagatuye kujya bitabira umugoroba w’ababyeyi ufatwa nk’urubuga baganiriramo ibibazo birimo ibiba biri hagati y’abagize imiryango n’ibiba biri hagati y’abantu muri rusange maze bakabikemura. Ibi babikanguriwe na Inspector of Police (IP) Angelique Abijuru , akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi n’abaturage muri aka karere, mu nama yagiranye n’abagera kuri […]

Kuri uyu wa Gatatu haramenyekana amakipe azakina ½

Uyu munsi : AS Vita-Dauphin Noir (Rubavu-15h30), APR FC-AS Kigali (Nyamirambo-15h30), Police FC-Sunrise FC (Kicukiro-15h30), Kiyovu-Rayon Sports (Nyamirambo-18h00) Imikino yabaye : AS Kigali 1-1 Dauphin Noir, Kiyovu 2-1 Police FC, AS Vita 0-0 APR FC, Sunrise 0-4 Rayon Sports. Imikino y’amatsinda mu irushanwa ryateguwe na AS Kigali “AS Kigali Pre-season Football Tournament 2016” iraza gusozwa […]

Gatsibo: Abatekinisiye bagiye gufata iya mbere mu gushimira imihigo

Abagize ishyirahamwe GTC (Gatsibo Technician Company), bateguye igikorwa cyo gushyimira umwanya mwiza Akarere ka Gatsibo kabonye mu mihigo y’ umwaka w’i 2015-2016. Iki gikorwa cyo gushimira iyi ntsinzi kizabera mu Karere ka Gatsibo, mu Murenge wa Kabarore mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 14 Nzeli 2016 , gitangira saa tatu. Gushyira mu […]

Abayobozi b’ ibanze baregwa kunyereza miliyari 1,5 yateganyirijwe imibereho myiza y’ abaturage

Abayobozi b’ ibanze bashinjwa kunyereza amafaranga miliyari 1, 5 y’ amanyarwanda yateguriwe gahunda yo guteza imbere imibereho myiza y’ abaturage. Muri aya mafaranga menshi yari ateganyirijwe ubwisungane mu buvuzi(mutuelle de santĂ©) ndetse n’ izindi gahunda za Leta zifasha abaturage nka GIRINKA. Aka kayabo k’ amafaranga katakaye mu myaka y’ ingengo z’ imari ebyiri ni ukuvuga […]

Desire Luzinda yagabije ibere rye umufana ararikorakora

Uretse kuba azwiho gushyira ubwambure bwe ku Karubanda akanahinduranya abakunzi kenshi, ubu noneho Desire Luzinda yagabije ibere rye umufana we ararikorakora, ibintu bitavuzweho rumwe n’abakunzi b’umuziki n’umuco muri Uganda. Ibi biherutse kuba mu gihe yitabiraga itangwa ry’ibihembo bya Starqt Awards byabereye muri Afurika y’Epfo nk’umwe mu bagombaga kuririmba,gusa icyatunguranye n’uburyo amabere ye yayagabije abafana mu […]

Nyagatare: Umuyobozi w’umurenge yakubise DASSO none yahise yegura

Mu gihe hari amakuru avugwa ko Kamugisha Charles, wari umuyobozi w’umurenge wa Musheri muri Nyagatare yaba yarasabwe kwandika ibaruwa yegura nyuma yo gukubita DASSO, ubuyobozi bw’akarere burahakana aya makuru buvuga ko yeguye ku giti cye. Mupenzi George, umuyobora w’akarere ka Nyagatare aganira na KT, yatangaje ko Kamugisha Charles yiyeguje ku bw’amakosa ye, ko nta muntu […]

Ese ni iki cyakubwira ko ibyo wahanuriwe ari ukuri?

Mu gihe ubuhanuzi bukomeje gufata indi ntera haba mu Rwanda no mu bindi bihugu ninako hakomeje kwaduka ibihuha n’abahanuzi b’ibibinyoma, ariko hari inzira nyayo uwahanuriwe ashobora kunyuramo akagenzura niba ibyo yahanuriwe ari ukuri cyangwa ari ibinyoma. Si byiza ko umuhanuzi aguhanurira ngo upinge ubwo buhanuzi byihuse ahubwo ukwiye kubanza ukabugenzuza Bibiliya kuko ivuga ko ubuhanuzi […]

Abafite inganda z'imyenda n'abadozi bagiye gukurirwaho imisoro

Bamwe mu bafite inganda z’imyenda ndetse n’abadozi bagiye gukurirwaho imisoro y’ibikoresho batumiza hanze bityo ngo bizatuma igiciro cy’imyenda kigabanuka ndetse n’inganda zo mu Rwanda zikarushaho gutera imbere. Ibi kandi bishimangirwa na Ministeri y’ubucuruzi n’inganda, Francois Kanimba, uvuga ko iki cyemezo kizatangira kubahirizwa mu kwezi kwa cumi uyu mwaka hagamijwe gushyigikira no guteza imbere ibikorerwa mu […]

Intwaro zirimo n’imihoro abapolisi b’i Burundi bacungisha umuteka zibazwaho na benshi

Mu gihe hashize umwaka urenga abaturage bicwa mu buryo butazwi mu gihugu cy’u Burundi, abandi bagahunga ku bw’impamvu z’umutekano wabo, kuri ubu bamwe bakomeje kwibaza ku ntwaro abitwa abapolisi ba Leta baba bafite bacunga umutekano w’abaturage. Amafoto y’abapolisi yagiye ashyirwa ku mbuga nkoranyambaga, bagaragara bafite imbunda ziriho magazini zirenze imwe by’umwihariko bafite n’imihoro mu ntoki, […]

Polisi y’u Rwanda yasubije umunya Sudani y’Epfo imodoka ye yari yibwe

Kuri uyu wa 12 Nzeli, Polisi y’u Rwanda yashubije umunya Sudani y’Epfo imodoka ye nyuma yo kwibirwa kandi igafatirwa mu Mujyi wa Kigali mu kwezi gushize. Uyu mugabo yandikishije imodoka ye Land Cruiser Pick-Up ifite plaki EE519B byavugwaga ko yibiwe I Kampala ku italiki 28 Nyakanga mbere y’uko abayibye bayizana mu Rwanda, aho yafatiwe. Assistant […]

2000: Perezida Bizimungu Pasteur yanenze Inteko Nshingamategeko karahava

Ku italiki ya 8 Werurwe 2000, ubwo Perezida Pasteur Bizimungu yakiraga indahiro ya Guverinoma yari iyobowe na Bernard Makuza yanenze imikorere y’ Inteko Nshingamategeko ubwo yavugaga ko yivanga mu bikorwa bya Guverinoma ndetse ikanayinaniza. Kuri iyi mikorere y’ Inteko, Bizimungu yatangarije Inteko ko atumva impamvu bakurikiranye Abaminisitiri bakoranye na Twagiramungu Faustin ndetse n’ abakoze muri […]

Twagiramungu yagereranyije Leta ya Habyarimana n’ Abanazi

Nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi basaga miliyoni 1 mu Rwanda mu mwaka w’ I 1994, Twagiramungu Faustin yagiye ashimangira ko Leta yateguye inashyira mu bikorwa jenoside ifitanye isano rikomeye n’ Abanazi bo mu Budage. Uko kugereranya abakoze jenoside n’ Abanazi ni bimwe mu byaranze imbwirwaruhame za Faustin Twagiramungu kubera agahinda yari afite ubwo yari Minisitiri […]

Amerika yabonye nyampinga mushya —AMAFOTO

Arkansas Savvy Shields, ni we watorewe kuba Nyampinga wa Amerika, nyuma yo kwanikira bagenzi be 52 bari bahanganye kandi bamwe bari basanzwe bamenyereye iryo rushanwa kumurusha. Kuri icyi Cyumweru taliki 11 Nzeli 2016, nibwo muri Amerika hatowe Nyampinga uhiga abandi mu bwiza maze Arkansas Savvy w’imyaka 21 y’amavuko yanikira bagenzi be nyuma yo kwitwara neza […]

Ruganzu Ndori abungira i Karagwe k'Abahinda kwa nyirasenge Nyabunyana, Igice I

Ndahiro Cyamatare cya Yuhi Gahima ka Mibambwe Mutabazi abonye ko bene se wabo bagiye kumuvana ku ngoma, ni bwo yigiriye inama yo guhungisha umuhungu we Ndahiro kugirango batazamwica, azashobore kwima ingoma. Yuhi Gahima amaze gutanga, abahungu be basubiranyemo barwanira ingoma. Abenshi barahapfira hasigara Ndahiro na mwene se wabo Rubunga. Rubunga abonye ko agiye gutwindwa ni […]